Amafoto ya Gervais Ndirakobuca wagaragaye muri Mitingi yambaye Umwambaro wa CNDD yavugishije benshi

Nyuma y’ibyumweru bibiri asohotse ku rutonde rw’abapolisi bashyizwe mu kiruhuko cy’izabukuru ku itegeko ry’umukuru w’igihugu cy’Uburundi Evaliste Ndayishimiye, Minisitiri w’Intebe Ndirakobuca Gervais, yongeye kugaragara mu ruhame, yambaye umwambaro w’ishyaka CNDD-FDD riri k’ubutegetsi. Uyu Gervais Ndirakobuca bakunze kwita Ndakugarika yagaragaye yambaye umwambaro w’ ishyaka rya CNDD-FDD ubwo bari mu bikorwa byo kwamamaza iri shyaka, byabereye mu […]
Amb. Philipp Stalder uyoboye Ishami ry’u Busuwisi rishinzwe Afurika ari mu Rwanda

Kuri uyu wa Mbere tariki 02 Kamena 2025, Umunyamabanga wa Leta ushinzwe Ubutwererane bw’Akarere, Gen (Rtd) James Kabarebe, yakiriye Umuyobozi w’Ishami ry’u Busuwisi rishinzwe Umugabane wa Afurika muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga, Amb. Philipp Stalder. Aba bayobozi bombi bakaba bagiranye ibiganiro byagarutse ku kwagura ubufatanye hagati y’u Rwanda n’u Busuwisi mu nzego zirimo Ubuzima, Uburezi, Imyuga […]
Sud-Kivu: Muri Rugezi hagaragaye imirambo myinshi y’abasirikari ba FARDC n’abafatanyabikorwa

Mu bisambu bya Rugezi  ahari hamaze iminsi habera imirwano hagati y’Ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta ya Congo n’umutwe wa Twirwaneho ufatanyije n’uwa M23 hatoraguwe imirambo myinshi y’abasirikare barwana k’uruhande rwa Leta ya Congo bigaragara ko baguye muri ibyo bitero. Abagore bari bagiye guhinga nibo batangaje iyi nkuru ko mu minsi ibiri ishize babonye imirambo […]
RIB yashyikirije Ubushinjacyaha dosiye ya Rtd Maj. Rugamba Robert na Rtd Captain Jean Paul Munyabarenzi

Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha RIB rwamaze gushyikiriza ubushinjacyaha Dosiye ya Rtd Major Rugamba Robert na Rtd Captain Jean Paul Munyabarenzi bakekwaho ibyaha bitandukanye birimo n’icyo gucukura amabuye y’agaciro mu buryo budakurikije amategeko mu murenge wa Nyagisozi mu karere ka Nyanza. Mu kwezi gushize nibwo Polisi y’u Rwanda ikorera mu Ntara y’Amajyepfo yatangaje ko yataye muri yombi […]
Nibura abantu 38 barishwe mu cyumweru kimwe gusa muri Teritwari ya Rutshuru

Abantu bagera kuri 38 barimo abagore n’abana bishwe hagati ya tariki ya 26 kugeza kuya 31 Gicurasi 2025 muri Gurupema ya Mutanda, iherereye muri Teritwari ya Rutshuru mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, hagenzurwa n’inyeshyamba za AFC/M23. Amakuru yaturutse mu baturage baho avuga ko ubwicanyi buheruka bwabaye ku wa Gatanu tariki ya 30 Gicurasi, ubwo Muhindo […]
Nigeria: Abasirikare n’Abapolisi 30 batawe muri yombi bazira kugurisha intwaro mu mitwe y’iterabwoba

Igisirikari cya Nigeria cyatangaje ko kimaze guta muri yombi Abasirikare n’Abapolisi barenga 30 aho bashinjwa kugurisha intwaro imitwe y’inyeshyamba irimo n’iy’iterabwoba. Umuvugizi w’igisirikare cya Nigeria, Ademola Owolana avuga ko abo basirikare n’abapolisi bafatiwe mu mukwabu umaze igihe uba muri icyo gihugu kuva mu kwezi kwa 8 umwaka ushize. Ni mu gihe kandi iki gihugu kimaze […]
Umugaba Mukuru w’Ingabo za Misiri Lt. Gen. Ahmed Fathi ari mu Rwanda

Umugaba w’Ingabo za Misiri, Lieutenant General Ahmed Fathi Ibrahim Khalifa uri mu ruzinduko rw’akazi rw’iminsi itatu mu Rwanda, rugamije kwagura ubufatanye mu bya gisirikare yatangiye kuri iki cyumweru tariki ya 1 Kamena 2025. Lieutenant General Ahmed Fathi Ibrahim Khalifa akigera mu Rwanda yakiriwe na mugenzi we, General MK Mubarakh, Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda aho […]
Abantu 2 nibo baguye mu birori byo kwishimira insinzi ya PSG mu Bufaransa

Minisiteri y’umutekano w’imbere mu gihugu mu Bufaransa yatangaje ko abantu babiri aribo baraye bapfiriye mu birori byo kwishimira insinzi ya nyuma ya PSG yatwaye igikombe muri Champions League icyambuye Inter de Milan. Ni ibirori byaraye bibaye mu ijoro ryose ryo ku munsi w’ ejo kuwa gatandatu rishyira kuri iki cyumweru tariki 01 Kamena 2025, akaba […]
FLN Ikomeje gukubitwa ahababaza nyuma yo kwanga kwifatanya n’ u Burundi mu kurwanya M23

Ingabo z’u Burundi zatangiye kugaba ibitero ku mutwe w’inyeshyamba wa FLN urwanya ubutegetsi bw’ u Rwanda nyuma y’aho izi nyeshyamba zanze gufatikanya n’igisirikare cy’u Burundi n’icya Congo kurwanya umutwe wa M23 umaze igihe warazengereje ingabo z’ibyo bihugu byombi. Ubwo Umutwe wa M23 wuburaga imirwano mu burasirazuba bwa Congo, leta ya Kinshasa yahise yaka umusada mu […]
Wa mukobwa wari wafashwe azira gushaka guhitana bamwe mu bayobozi ba Twirwaneho yarekuwe

Umukobwa witwa Nyamanoro uturuka ku Ndondo ya Bijombo, wari uherutse gufatwa n’ubuyobozi agafungwa, ashinjwa gucura umugambi wo gushaka kwivugana abayobozi bo muri Twirwaneho akoresheje uburiganya, yarekuwe. Nyamanoro yarekuwe ahawe imbabazi ku wa gatanu,tariki 29 aho yaramaze iminsi ibiri afungiwe mu Mikenke aho yafashwe avuye ku Ndondo ya Bijombo, bivugwa ko ko yari yatumwe n’abakorera mu […]
Uwacuze umugambi wo kwica Trump yatawe muri yombi

Urwego rushinzwe umutekano w’imbere mu gihugu muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika (DHS), rwatangaje ko Urwego rw’Abinjira n’abasohoka muri iki gihugu rwataye muri yombi umugabo ukomoka muri Mexique, ukurikiranyweho icyaha cyo gushaka kwica arashe Perezida Donald Trump. DHS yashyize ahagaragara biciye mu mmunyamabanga wayo, Kristi Noem, yashimiye abakozi ba ‘Migration’ bashoboye kumuta muri yombi, dore […]
Nyamasheke: Umukobwa yabyaye ku munsi wo ku musaba bitungura benshi

Mu Karere ka Nyamasheke, mu murenge wa Shangi akagari ka Mugera, umudugudu wa Karugero haravugwa inkuru y’umusore witwa TUMUKUNDE Emmanuel watumiye ababyeyi, inshuti n’umuryango ngo bajye ku musabira umukobwa witwa Nyiranzarorimana Divine bagasanga yagiye kubyara. Ibi byabaye kuwa gatatu tariki ya 28 Gicurasi uyu mwaka mu Kagari Burimba ahazwi nko ku Mugera mu Murenge wa […]
RDB yatangaje umunsi kwita izina abana b’ingagi bizasubukurirwa

Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere, RDB, rwatangaje ko ibirori byo Kwita Izina abana b’Ingagi byari byarasubitswe kubera icyorezo cya Marburg bizaba tariki 5 Nzeri 2025. Ubusanzwe, ibi birori bibera mu Karere ka Musanze mu murenge wa Kinigi, ahari ibiro bya Pariki y’Igihugu y’Ibirunga, bikitabirwa n’abantu batandukanye barimo ibyamamare, abanyarwanda n’abanyamahanga baza kwihera ijisho ibyo birori by’imbonekarimwe. Ni […]
Inteko ishinga amategeko ya OIF yateye utwatsi ikifuzo cya leta ya Kinshasa ku Rwanda

Umuyobozi mukuru mu nteko ishinga amategeko y’ibihugu bikoresha ururimi rw’igifaransa, OIF, Hilarion Etong, yavuze ko icyifuzo cya Congo cyo gusabira u Rwanda ibihano aho barushinja kugira uruhare mu bibazo by’u mutekano muke mu Burasizuba bwa Congo no gufasha umutwe wa M23, gitandukanye n’uruhare bifuza kugira mu kugera ku gisibizo kirambye. Uru rwego rwa OIF rwatanze […]
DRC: Ingabo za leta zagabye ibitero bya Drones mu baturage ba Mikenke

Ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, zongeye kugaba  Ibitero mu gace ka Mikenke ko muri Minembwe zikoresheje indege zitagira abapilote zizwi nka drones. Amakuru agera kuri BWIZA avuga ko igitero cy’izi drones cyatangiye mu rucyerera rwo kuri uyu wa Kane tariki ya 29 Gicurasi, aho zabyutse zisuka ibisasu mu baturage […]
Karasira Aimble yongeye kwitaba urukiko aburana ahakana ibyaha byose aregwa

Karasira Aimable Uzaramba uzwi nka Professor Nigga yongeye kwitaba urukiko Urugereko rushinzwe kuburanisha ibyaha mpuzamahanga n’ibyambukiranya imipaka ruri i Nyanza mu Majyepfo y’u Rwanda, kugira ngo yiregure ku byaha aregwa byo guha ishingiro Jenoside yakorewe abatutsi mu Rwanda. Ni iburanisha ryabaye kuri uyu wa gatatu  tariki 28 Gicurasi 2025 mu rubanza rwe rwatangiye kuburanishwa mu […]
Ndayishimiye yakuriye inzira ku murima abifuza ko yava ku butegetsi

Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yakuriye inzira ku murima abibwira ko ishyaka rye rya CNDD-FDD riri ku butegetsi rishobora kurekura igihugu, avuga ko bitazigera bishoboka kuko igihugu bagifashe barushye. Mu bikorwa byo kwiyamamaza kw’iri shyaka byabaye tariki ya 27 Gicurasi 2025, Ndayishimiye yagize ati: “Igihugu twagifashe turushye, cyaratuvunnye, ntakwanjwa ngo turekure icyo twafashe kuko twavuye […]
Kayikwamba mu bitabiriye inama y’Abaminisitiri i Kampala yigaga ku mutekano mu karere

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga akaba n’Umunyamabanga wa Leta muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), Madamu Thérèse Kayikwamba Wagner, yitabiriye  inama yahuje ba minisitiri b’Ububanyi n’Amahanga b’ibihugu byasinye ku masezerano y’Amahoro, Umutekano n’Ubufatanye arebana na Congo  ndetse n’akarere muri rusange. Ni inama yabaye ku munsi w’ejo kuwa kabiri tariki ya  27 Gicurasi 2025 ibera I Kampala […]
Umutwe wa M23 watanze integuza ko witeguye gufata vuba umujyi wa Uvira muri Sud-Kivu

Ubuyobozi bw’ihuriro AFC ribarizwamo umutwe wa M23 na Twirwaneho, bwatangaje ko abarwanyi baryo biteguye gufata umujyi wa Uvira wimuriwemo ibiro bikuru by’intara ya Kivu y’Amajyepfo ku rwego rwa Leta ya Congo Kinshasa. Ibi ni ibyatangajwe n’Umuvugizi wungirije wa AFC/M23 mu bya politiki, Dr.. Oscar Barinda, mu kiganiro yagiranye n’umuyoboro wa YouTube ya BMC Africa. Muri […]
Nzatuza ari uko ubutegetsi bwa CNDD-FDD butakiriho: Sinduhije wa MSD

Umunyepolitike Alexis Sinduhije utavuga rumwe n’ishyaka rya CNDD-FDD riri ku butegetsi mu gihugu cy’u Burundi, avuga ko urebye aho igihugu kigeze ntayindi nzira yo gukemura ibibazo byugarije iki gihugu uretse kurandurana n’imizi ubutegetsi bw’iri shyaka bukomeje koreka igihugu. Sinduhije uyobora ishyaka rya MSD ritagikorera ku Butaka bw’u Burundi kubera kwakwa uburenganzira na leta, yabivuze mu […]
Perezida Donald Trump yavuze ko mugenzi we Vladimir Poutine w’ Uburusiya ari Umwehu.

Ejo ku cyumweru tariki 25 Gicurasi, ni bwo Perezida wa Amerika Donald Trump yatangaje ko Perezida w’u Burusiya, Vladimir Poutine, ari umusazi kubera ibitero by’ Uburusiya bikomeje kwica abaturage muri Ukraine. Ni amagambo akomeye agaragaza ko yamaze guhindura umuvuno kuri Moscou, mu gihe mu mpera z’icyumweru dusoje zaranzwe n’ibitero by’indege byahitanye abantu benshi muri Ukraine, […]
Trump yavuze impamvu yabujije Kaminuza ya Havard kongera kwakira abanyamahanga

Ibiro bya Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Donald Trump, biherutse kwaka kaminuza ya Havard uburenganzira bwo kwakira abanyeshuri b’abanyamahanga inhbwa igihe ntarengwa cy’amasaha 72 yo kuba yamaze gutanga amakuru yose ajyanye n’abanyeshuri b’abanyamahanga ifite nk’uko byasohotse mu itangazo rya Minisitiri w’Umutekano w’imbere mu gihugu, ku wa 22 Gicurasi 2025. Mu gihe byavugwaga ko […]
AFC/M23 yataye muri yombi intasi ya Tshisekedi na Ndayishimiye batumye kwivugana bamwe mu bayobozi

Hari amakuru avuga ko ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC), ribarizwamo umutwe wa M23 n’uwa Twirwaneho, ryataye muri yombi umwe mubasirikari b’intasi yari yaroherejwe na Perezida Felix Tshisekedi wa Congo na mugenzi we Evariste Ndayishimiye w’u Burundi ngo yivugane bmwe mu bayobozi bo muri iryo ihuriro. Ni amakuru yashyizwe hanze n’umwe mubagize iri huriro rya […]
Gen. Nyakarundi yasabye abasirikare ba RDF bagiye kujya muri Mozambique kuzarenza ku byo bagenzi babo bakoze

Umugaba w’Ingabo zirwanira ku butaka, Maj Gen Vincent Nyakarundi ari kumwe n’Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda Wungirije ushinzwe ibikorwa, DIGP Vincent Sano, baganirije inzego z’umutekano z’u Rwanda, zitegura kujya mu butumwa bw’ amahoro muri Mozambique. Kuri iki cyumweru tariki 25 Gicurasi 2025 nibwo aba bayobozi bakuru bo mu nzego z’umutekano basuye abasirikari n’abapolisi bari […]
Gufata bugwate Abanyarwanda: Nduhungirehe yasubije Kinshasa yakingiye FDLR ikibaba

Minisitiri w’ububanyi n’amahanga, Amb. Olivier Nduhungurehe, yavuze ko bitangaje kubona guverinoma ya Kinshasa yihutira guhakana ko Abanyarwanda bari gutaha batari barafashwe bugwate n’umutwe w’iterabwoba wa FDLR, mu gihe mbere y’uko batahuka byasabye ko aho bari bacumbitse hafatwa n’umutwe wa M23. Umukuru wa Dipolomasi y’u Rwanda yasubizaga Minisiteri y’Umutekano w’Imbere muri RDC iheruka gutangaza ko bariya […]
Burundi:Umusore w’imyaka 23 yakatiwe igifungo cy’ umwaka azira guca ikarita y’itora

Urukiko Rukuru rwa Rutana mu gihugu cy’ u Burundi rwakatiye igihano cy’igifungo cy’umwaka umwe umusore witwa Gilbert Hatungimana, nyuma yo guhamwa n’icyaha cyo gucamo ibice ikarita y’ itora. Uyu musore w’imyaka 23 ukomoka kumusozi wa Kivoga mu ntara ya Rutana mu majyepfo y’u Burundi iyi Karita yayitabuye ubwo yari ayambuye umwana wari uvuye kuyifatira umubyeyi […]
Kigali: Urubanza rwa Vincent MUREKEZI ushinjywa kugira uruhare muri Jenoside yakorewe abatutsi rwasubitswe

Urukiko rukuru urugereko rw’u Rwanda rwasubitse urubanza rwa Vincent Murekezi uregwa ibyaha bya Jenoside yakorewe abatutsi mu Rwanda nyuma yo gusaba ko yahabwa umwanya wo gushaka umwunganira muri urwo rubanza kuko uwo yari afite yivanye mu rubanza atamubwiye. Kuri uyu wa kane nibwo urubanza rwa Vincent Murekezi , rwabaye hifashishijwe ikoranabuhanga rya video aho afungiye […]
Rubavu: Abamotari bishimiye ‘Casques’ zigezweho leta yabazaniye

Bamwe mu bakora umwuga wo gutwara abantu kuri moto bazwi nk’abamotari bakorera mu mujyi wa Rubavu, barashimira leta yabatekerejeho ikabashakira ingofero zirinda umutwe (Casques) nziza kandi zijyanye n’igihe, bagahamya ko zitezweho kurinda ubuzima bwabo zikanabafasha kudakomereka cyane mu gihe baba bakoze impanuka. Ibi babitangaje kuri iyu wa Kane tariki ya 22 Gicurasi, ubwo bari mu […]
Abarundi bakomeje guhohoterwa mu gihe amatora yegereje: Raporo

Imiryango icumi y’abaturage mu Burundi iyobowe na SOS-Torture Burundi ku bufatanye n’imiryango mpuzamahanga nka FIACAT, OMCT, na IRCT, yashyize ahagaragara raporo yakozwe ku ishyirwa mu bikorwa ry’amabwiriza yatanzwe na Komite y’Umuryango w’Abibumbye ishinzwe kurwanya iyicarubozo (CAT) mu kwezi kwa Ugushyingo 2023. Ibikubiye muri iyi Raporo ni igenzurwa ryakozwe hagati y’Ugushyingo 2023 na Werurwe 2025, aho […]
U Burundi bugiye gutanga  imyitozo ya Gisirikari k’urubyiruko rwose mu gihugu

Umunyamabanga mukuru w’ishyaka rya CNDD-FDD riri ku butegetsi mu gihugu cy’u Burundi Reverien Ndikuriyo avuga ko urubyiruko rugiye gutangira guhabwa imyitozo ya Gisirikari mu rwego rwo gufasha igisirikari cy’Uburundi mu kwita ku mutekano w’igihugu. Ni mu rwego rwo gukomeza gushyigikira no kwita k’umutekano n’imbibi z’igihugu cy’u Burundi aho urubyiruko rwose rw’igihugu rubyifuza kandi rubishoboye rugiye […]
Leta ya Congo yashyikirijwe inyandiko igaragaza ibyaha byakozwe na M23

Komisiyo y’Igihugu ishinzwe Gukurikirana Ishyirwa mu bikorwa ry’Amasezerano ya Addis-Abeba muri Ethiopia, yashyize ahagaragara Raporo ikubiyemo isesengura ry’ibyaha bikomeye byibasiye abaturage bo muri Goma na Bukavu hagati ya Mutarama na Mata 2025, ubwo ibyo bice byafatwaga n’inyeshyamba za AFC-M23. Umuhango wo kumurika iyo Raporo wabereye mu ngoro y’Igihugu y’Amateka (Musée National) i Kinshasa ejo kuwa […]
Abanyarwanda batahutse bava muri Congo bakirije Minisitiri Murasira uruhurirane rw’ibibazo bitabarika

Abanyarwanda babaga mu mashyamba ya Congo bari baragizwe ingwate n’umutwe w’iterabwoba wa FDLR wasize ukoze Jenoside yakorewe abatutsi mu Rwanda mu mwaka w’1994, bakomeje gutahuka ku bwinshi nyuma y’aho umutwe wa M23 uborohereje gutaha iwabo cyane cyane, abari bari mu bice igenzura. Abantu 360 bakiriwe kuwa gatandatu tariki 17 Gicurasi 2025 bahise berekezwa mu nkambi […]
Mu Minembwe abaturage bakomeje guhunga ku bwinshi kubera imirwano

Kuri uyu wa kabiri tariki ya 20 Gicurasi, rwabyutse rwambikanye mu gice cya Rugezi giherereye mu majyepfo ashyira uburengerazuba bwa komine ya Minembwe muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo. Ni imirano yari ikaze cyane kandi iremereye aho yari ihanganishije ihuriro ry’ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo n’umutwe wa Twirwaneho ufatanyije n’uwa M23. Iyo mirwano […]
Goma: AFC/M23 yakoze igiterane cy’amasengesho yo gushimira Imana

Kuri iki cyumweru tariki 17 Gicurasi 2025 Ihuriro Alliance Fleuve Congo risanzwe ribarizwamo umutwe wa M23 wakoze igiterane cyo gushimira Imana igihe bamaze mu ntambara zo kubohora Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo aho kuri ubu bamaze kwigarurira intara ebyiri za Kivu zombi. Ni amasengesho yabereye muri SÃtade de l’Unite iri mu mujyi wa Goma aho […]
Aba-Wazalendo barasaniye muri Fizi, bamwe bahasiga ubuzima

Abarwanyi babarizwa mu mitwe ya Wazalendo basanzwe bafatanya n’ihuriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rwa Congo mu kurwanya umutwe w’abarwanyi ba M23, babyutse batana mu mitwe abagera kuri babiri bahasiga ubuzima. Uku guhangana hagati y’aba barwanyi ba Wazalendo kwabaye mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 16 Gicurasi, hagati y’ababarizwa muri Kivu y’Amajyepfo na […]
Nord Kivu: Ibitero bya Wazalendo bagabye kuri M23 byahitanye 6 abandi benshi barakomereka

Abantu batandatu nibo bamaze kumenyekana ko bapfuye naho abarenga makumyabiri barakomereka nyuma y’imirwano ikomeye yahuje abarwanyi b’inyeshyamba za M23 n’abarwanyi ba Wazalendo kuva ku munsi w’ejo kuwa Kane tariki ya 15 n’uyu munsi kuwa Gatanu tariki ya 16 Gicurasi 2025, mu gace ka Bambo, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Iyo mirwano, igeze ku munsi wayo […]
DRC: FARDC yongeye kurasa mu baturage ba Minembwe ikoresheje Drone

Ihuriro ry’igisirikare cya Repubulika iharanira demokarasi ya Congo ryongeye kurasa mu misozi miremire y’i Mulenge muri Kivu y’Amajyepfo ikoresheje indege zitagira abapilote (Drones), mu bice bisanzwe bigenzurwa n’umutwe wa Twirwaneho ufatanyije n’igisirikari cya M23 ariko kubw’amahirwe ntawe cyahitanye Ibi byabaye ku gicamunsi cyo kuri uyu wa kane tariki ya 15/05/2025, ubwo ’igisirikari cya Congo FARDC […]
Igisirikari cya Congo FARDC n’icya Uganda UPDF bakozanyijeho ku nkombe z’ikiyaga cya Albert.

Ni imirwano yabaye muri iki cyumweru kuwa kabiri tariki 15 Gicurasi ku kiyaga cya Albert, hafi y’ikirwa cya Rukwanzi, mu bilometero 55 uvuye mu mujyi wa Bunia habayeho imirwano hagati y’ingabo zicunga umutekano wo mu mazi za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’iza Uganda. Bienvenue Kaijanate, umuhuzabikorwa wa sosiyete sivile mu murenge wa Bahema Sud, […]
Goma: M23 ikomeje guhiga bukware abihishe inyuma y’ibikorwa byo guhungabanya umutekano w’abaturage

Mu gihe umutwe wa M23 ukomeje ibikorwa byo kugarura amahoro n’umutekano mu mujyi wa Goma, ni nako hakomeje ibikorwa by’umukwabu bikomeje kugaragaramo ifatwa ry’abantu batandukanye bafatanwa intwaro zitemewe n’amategeko. Ni ibikorwa byatangiye nyuma y’ifatwa ry’uyu mujyi Goma n’inyeshyamba z’umutwe wa M23 mu kwezi kwa Mutarama uyu mwaka mu rwego rwo guca intege abasirikari ba FARDC, […]
Minisitiri Dr. Vincent BIRUTA yasabye Abanya-Rubavu kwima amatwi inyigisho mbi zituruka muri Congo

Minisitiri w’umutekano w’imbere mu gihugu Dr. Vincent Biruta, yasabye abaturage b’ Akarere ka Rubavu byumwihariko abo mu mirenge ihana imbibe na Repubulika ya Demokarasi ya Congo kwima amatwi inyigisho zituruka hakurya zigamije kuyobya urubyiruko rukunze gushorwa mu bibazo bigamije guteza umutekano muke, kuko nta cyiza na kimwe bashobora kungukira mu bikorwa nk’ibyo. Minisitiri Vincent yabivuze […]
Kivu y’Amajyepfo: Visi-Guverineri mushya M23 yaherukaga gushyiraho yapfuye

Gishinge Kasinzira Juvénal wari uherutse gushyirwaho n’umutwe wa M23 nka Visi-Guverineri w’Intara ya Kivu y’Amajyepfo ushinzwe imari n’ubukungu, yapfuye bitunguranye. Amakuru y’urupfu rwe yemejwe n’abo bari basanzwe bakorana bya hafi ndetse n’abo mu muryango we. Gishinge bivugwa ko yapfuye amarabira kuko atigeze arwara ngo ajye mu bitaro, cyangwa ngo agaragaze ibimenyetso by’indwara runaka. Aya makuru […]
DRC: Umusirikare wa FARDC yarasiye abantu mu rusengero, batatu bahasiga ubuzima

Umusirikare wo mu ngabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), yarasiye abantu mu rusengero, batatu mu bari barurimo arabica. Byabaye ku cyumweru tariki ya 11 Gicurasi 2025 mu gace ka Banana, mu Ntara ya Kongo-Central. Ababibonye bavuga ko uwo musirikare yinjiye mu rusengero rw’itorero Bethesida Ministry ruri mu gace ka Banana, mu Ntara ya […]
Abasaga 15,000 nibo bamaze kwinjizwa mu gisirikari n’igipolisi cya M23 kuva yafata Goma

Haba urubyiruko, abahoze mu gisirikari n’igipolisi cya leta muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo mu mujyi wa Goma nó mu nkengero zawo, bakomeje kwiyunga n umutwe wa M23 mu bikorwa by’intambara bigamije kubohora abaturage bo muri iki gihugu bakandamijwe n’ubutegetsi bwa leta buyobowe na Perezida Felix Tshisekedi. Ibikorwa byo kwakira urubyiruko n’abahoze mu nzego z’ […]
M23-AFC Yakiriye itsinda ry’ Abanyekongo bo muri Diaspora baje kwifatanya mu bikorwa by’Intambara

Umutwe wa Alliance Fleuve Congo (AFC) usanzwe ubarizwamo umutwe w’inyeshyamba za  M23 kurwanya ubutegetsi bwa leta ya Kinshasa watangaje ko kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 9 Gicurasi 2025, wakiriye mu mujyi wa Goma itsinda ry’Abanyekongo baturutse muri diaspora baje kwifatanya n’uyu mutwe mu bikorwa byo guhirika ubutegetsi bwa Perezida Tshisekedi. Muri iri tsinda harimo […]
DRC: Rwabyutse Rwambikanye hagati ya Wazalendo na Twirwaneho muri Rugezi

Kuva mu gitondo cyo kuri uyu wa gatanu mu gace ka Lugezi kari muri Gurupoma ya Basimukuma-Sud Teritwari ya Fizi mu ntara ya Kivu y’Epfo haravugwa imirwano ikomeye hagati ya Wazalendo n’abarwanyi ba Twirwaneho yatumye abasivile batari bake bava mu byabo bagahunga. Iyi mirwano yatangiye kuva ahagana saa kumi n’imwe z’igitondo, aho bivugwa ko hari […]
Akarere ka Rubavu ku isonga y’utwugarijwe n’igwingira mu bana

Mu bipimo byafashwe mu cyumweru cyahariwe ubuzima bw’umwana n’umubyeyi mu mwaka ushize wa 2024, akarere ka Rubavu kaje ku mwanya wa mbere mu turere 9 twagaragayemo ikibazo cy’igwingira n’imirire mibi mu bana, gakurikirwa n’aka Nyabihu twombi two mu ntara y’ Uburengerazuba. Raporo y’ikoreshwa ry’ingengo y’imari yo muri Nyakanga–Nzeri y’umwaka w’ingengo y’imari wa 2024/25 igaragaza ko […]
Papa mushya Léo XIV ni muntu ki?

Umunyamerika Robert Francis Prevost  niwe watowe nka Papa wa 267 n’inteko ya 76 ya Kiliziya Gatolika kuri uyu wa kane, tariki ya 8 Gicurasi, n’inteko itora igizwe n’abakaridinali 133 b’abakaridinari kuri uyu munsi wa kabiri wa conclave kuri Chapel ya Sistine i Roma. Ibisa no mu mwaka wa  2005 ndetse n’uwa  2013, iminsi ibiri yari […]
Uvira: FARDC yagiye kwiba bayimishaho urufaya rw’amasasu

Urusaku rw’imbunda rwinshi rwaraye rwumvikanye mu bice by’umujyi wa Uvira uherereye mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, nyuma y’aho Ingabo za Congo zarashwe ubwo zari zigiye kwiba mu gace kamwe ko muri uriya mujyi. Byabaye saa yine zishyira saa tanu z’ijoro ryakeye kuri uyu wa Kane tariki ya 08/05/2025. Amakuru avuga ko abasirikare ba FARDC bari […]
Tshisekedi yagize Christophe Bitasimwa umuyobozi mukuru wa IGF

Perezida Félix Tshisekedi yashyize, mu kiruhuko cy’izabukuru Jules Alingete Key wari usanzwe ari umuyobozi mukuru w’ikigega cy’Imari muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo (IGF), yayoboye kuva muri 2020. Mu itangazo yanyujije kuri Radio na Televiziyo by’igihugu (RTNC), Perezida Felix Tshisekedi ku munsi w’ejo kuwa gatatu yamenyesheje ko ashyize mu kiruhuko cy’izabukuru Jules Alingete Key yasimbuje […]
Amatora ya Papa mushya yatangiye

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa gatatu tariki 7 Gicurasi 2025, mu mujyi wa Vatikani hakoraniye Inama yihariye izwi nka Conclave igamije gutora Papa wa 267, nyuma y’iminsi 17 uwari umushumba wa Kiliziya Gaturika Papa Francis apfuye azize uburwayi. Abakaridinali bagera kuri 132 bafite uburenganzira bwo gutora bari munsi y’imyaka 80 nibo bakoraniye muri Chapelle Sixtine mu […]
Abanye-Congo bose ni abanyamuryango ba AFC/M23″ Corneille Nangaa

Umuhuzabikorwa w’Ihuriro Alliance Fleuve Congo (AFC) ribarizwamo umutwe wa M23 n’uwa Twirwaneho, Corneille Nangaa, yagaragaje ko abanye-Congo bose ari abanyamuryango ba ririya huriro rigamije guhirika ku butegetsi Perezida Félix Antoine Tshisekedi. Nangaa yabigarutseho ubwo yagiranaga ikiganiro n’umunyamukuru wigenga w’Umunye-Congo, Steve Wembi. Yagize ati: “Buriya niba utabizi, Abanye-Congo bose ni abanyamuryango ba AFC/M23 kandi rwose ni […]
Dore bamwe mu bayobozi bazitabira isinywa ry’amasezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na DRC i Washington DC

Mu kwezi gutaha kwa Kamena, i Washington muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika hazasinyirwa amasezerano ya mbere y’amahoro hagati ya Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, na mugenzi we Paul Kagame w’u Rwanda. Ni amasezerano azasinyirwa muri White House, ahazaba hari na Perezida Donald J. Trump nk’umuhuza n’umwishingizi w’iki gikorwa cy’amateka. Kugeza […]
Soudan: Umutwe wa RSF wagabye ibitero bya Drones mu mujyi wa Port Sudan

Umutwe w’inyeshyamba wa Rapid Support Forces, uzwi nka RSF, wagabye ibitero bya drones ku mujyi wa Port Sudan, kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 6 Gicurasi 2025 umujyi usanzwe ukoreramo guverinoma ya gisirikare ishyigikiwe na Leta ya Sudani. Ibi bitero byibasiye ibice bitandukanye birimo ikibuga cy’indege, icyambu, ndetse na Hoteli imwe. Amashusho yafashwe nyuma y’ibitero […]
Kenya: Batatu bamaze bamaze gutabwa muri yombi bazira gutera Perezida Ruto urukweto

Reta ya Kenya yamaganye igikorwa cyakozwe na bamwe mu baturage cyo gutera umukuru w’igihugu urukweto ivuga ko ari amahano kubona umukuru w’igihugu William Ruto aterwa urukweto mu iteraniro ry’imbaga y’abantu benshi. Uduce twa video twiriwe ducaracara ku mbuga nkoranyambaga twerekanaga urwo rukweto rwatewe umukuru w’igihugu ku kuboko kw’iburyo ubwo yari akuzamuye arimo aratanga imbwirwaruhame ye […]