U Bufaransa buhangayikishijwe n’umudipolomate wabwo umaze iminsi afungiwe muri Mali

7f480e4d824faaef672b83a50ee560a4

Hagati muri Kanama, ubuyobozi bwa Mali bwatangaje ko bwaburijemo “kugerageza guhungabanya inzego za Repubulika.” Abasirikare benshi, barimo abajenerali babiri, barafashwe. Mu bashinjwa kugira uruhare muri uku “kugerageza” guhungabanya ubutegetsi, harimo n’Umufaransa wavuzwe nk’umwe mu batangije iki gikorwa. Paris irabihakana kandi igaragaza ko ihangayikishijwe n’uyu mudiplomate wabwo. I Paris, ngo hari impungenge zikomeye z’umwenegihugu w’u Bufaransa […]

Perezida Kagame yashyizwe ku mwanya wa mbere muri Afurika mu bayobozi abaturage bibonamo

Gzk uR7WsAAyXWh

Mu bushakashatsi bwakozwe na Africa Today Media Group bugaragaza ishusho y’ukuntu abaturage babona abayobozi b’ibihugu byabo muri Afurika bwagaragaje ko Perezida Paul Kagame w’u Rwanda ariwe uza ku mwanya wa mbere n’amanota 92% Nkuko Africa Today Media Group yabitangaje yavuze ko ubushakashatsi bwakorewe ku banyafurika 150 baturutse mu bihugu 38 by’uyu mugabane bwagaragaje abaperezida batatu […]

Inyeshyamba za CODECO zatwaye bunyago abaturage basaga 18 muri Ituri

militants in drc

Abantu nibura cumi n’umunani nibo bafashwe bugwate n’inyeshyamba za CODECO mu gace ka Pitso, muri Teritwari ya Djugu, Intara ya Ituri. ubwo imodoka yari itwaye abagenzi n’ibicuruzwa ivuye ku isoko rya Bule igana i Bunia, yagwaga mu gico cy’abo barwanyi ku muhanda wa RN27. Amakuru y’abaturage avuga ko ahagana saa kumi n’ebyiri z’umugoroba wo wa […]

Ibyo biganiro ntacyo byageraho ntabishaka” Perezida Tshisekedi”

20250831 094159

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo Félix Antoine Tshisekedi, yatangaje ko igihugu cye kidakeneye abahuza baturuka hanze, asaba ko ibibazo bya Congo byakemurwa n’Abakongomani ubwabo aho kugira ngo bikemurwe n’amahanga. Ibi Tshisekedi yabitangaje ku munsi w’ejo ku wa gatandatu tariki ya 30 Kanama 2025 imbere y’ihuriro rya politiki Union sacrée, ashimangira ko ibiganiro byose […]

Mu Rwanda hatangiye kubakwa ikiyaga cy’igihangano kizava i Kigali kikagera muri Vunga

GzrNhBGaMAAzkyh

Mu Rwanda hatangiye kubakwa ikiyaga cy’igihangano kizaba gikubye kabiri Ikiyaga cya Muhazi kizaturuka i Kigali kikagera mu Ntara y’Iburengerazuba. Aya makuru yashyizwe ahagaragara kuri iki Cyumweru, itariki 31 Kanama 2025, na Ambasaderi Jean de Dieu Uwihanganye, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’ibikorwaremezo abinyujije ku rubuga nkoranyambaga rwa X. Amb. Uwihanganye yanditse ati: “Amakuru meza yo […]

Jeannette Kagame ni umwe mu bitabiriye amasengesho ya “Young Leaders Prayer Breakfast”

GzqzeGEWsAESHkW 1

Kuri iki Cyumweru, itariki 31 Kanama 2025, muri Kigali Convention Centre hateraniye amasengesho y’urubyiruko yo gusengera Igihugu azwi nka Young Leaders Prayer Breakfast yitabiriwe n’abarenga 600 biganjemo urubyiruko, abayobozi mu nzego Nkuru z’Igihugu n’abandi. Madamu wa Perezida wa Repubulika, Jeannette Kagame, ni umwe mu banyacyubahiro bari muri Kigali Convention Centre, aho yitabiriye aya masengesho y’abayobozi […]

Abatunze imbwa mu Rwanda bategetswe kuzibaruza no kwerekana ko zakingiwe

295723b0 342e 11ed 9bca 11b3433cfeea.jpg

Abafite imbwa mu Rwanda basabwe kuzibaruza ku buyobozi bw’imidugudu no kwerekana ibimenyetso byerekana ko zakingiwe buri mwaka, mu rwego rw’ubusabe bw’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe ubuhinzi n’ubworozi mu Rwanda (RAB).  Uyu muhamagaro watanzwe ku itariki ya 29 Kanama, rishingiye ku itegeko ry’ubuzima bw’inyamaswa ryo mu 2008 ndetse n’itegeko rya minisitiri ryo mu 2020, yombi agamije gukumira uburangare […]

AFC/M23 iravuga ko Kinshasa yakajije umurego mu kwibasira abaturage n’ibirindiro byayo

Capture 3

Ihuriro rya AFC/M23 riravuga ko kuri uyu wa Gatandatu, itariki 30 Kanama 2025, ubutegetsi bwa Kinshasa bwateye indi ntambwe mu mugambi wabwo mubisha butangiza intambara yagutse, aho bushinjwa gutera amabombe ubutaruhuka mu bice bituwe cyane ndetse bukagaba ibitero ku birindiro by’ingabo zabo. Ibi byatangajwe kuri iki Cyumweru, itariki 31 Kanama n’Umuvugizi wa AFC/M23, Laurence Kanyuka, […]

Abatishoboye bagobokwa na Leta boroherejwe kujya babikuza amafaranga yabo

IMG 20250830 WA0004

Ikigo gishinzwe Guteza imbere Imishinga y’Inzego z’Ibanze (LODA), cyashyizeho uburyo abagenerwa ubufasha na leta bazajya babuhabwa hifashishijwe Telefoni. Iyi gahunda yatangirijwe  Murenge wa Mutete w’Akarere ka Gicumbi, ku wa 30 Kanama 2025. Ni gahunda yiswe  Telefone yanjye, amafaranga yanjye. Abagenerwabikorwa ba VUP bahabwa inkunga y’ingoboka igenerwa abatishoboye bageze mu zabukuru, abakora imirimo y’amaboko n’abakora imirimo […]

Yemen: Aba-Houthi bemeye ko minisitiri w’intebe wabo yishwe na Israel

e65afd20 5eba 4346 93c6 d19e26f0d326 15c1d0ac

Umutwe w’inyeshyamba z’Aba-Houthi wo muri Yemeni wemeje ko uwiyise Minisitiri w’intebe Ahmed Ghaleb Nasser al-Rahawi yiciwe mu gitero cy’indege cya Israel mu ntangiriro z’iki cyumweru. Uyu mutwe ushyigikiwe na Iran wavuze ko ku wa Kane, abandi bayobozi bakuru benshi bishwe ubwo Igisirikare cya Israel (IDF) cyagabaga igitero ku murwa mukuru wa Yemeni, Sanaa. Igisirikare cya […]

Byinshi kuri CTTC Mayange ikigo gityaza abapolisi kabuhariwe mu kurwanya iterabwoba

WhatsApp Image 2025 08 30 at 08.38.04 b46f45bb

Polisi y’u Rwanda ni rumwe mu nzego z’umutekano zihatiye kubaka ubushobozi bwihariye bujyanye no kurwanya iterabwoba. Mu ngamba zafashwe n’uru rwego, ku ikubitiro hashinzwe ikigo cyihariye gishinzwe gutanga amahugurwa yo kurwanya iterabwoba. Nguko uko ikigo cy’amahugurwa yo kurwanya iterabwoba (Counterterrorism Training Center-CTTC) cya Mayange cyavutse. Iki kigo giherereye mu Karere ka Bugesera cyashinzwe mu mwaka […]

Ingingo ku yindi: Menya amavugurura Perezida Kagame yakoze muri RDF

51925848313 5964334166

Mu ivugururwa rikomeye ry’igisirikare cy’u Rwanda, Perezida Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda (RDF), yashyizeho amabwiriza mashya ya Perezida ahindura cyane imiterere n’imikorere y’igisirikare cy’igihugu. Aya mabwiriza mashya yasohotse mu Igazeti ya Leta ku wa 27 Kanama 2025, asimbuye ayari ahari kuva mu 2012, anazana serivisi nshya, amatsinda yihariye ndetse n’inzego nshya zigenzura […]

Kiliziya Gatolika igiye kwakira ibirori by’abatinganyi

1756574041036

Vatikani irimo gutegura ibirori byihariye bigenewe umuryango wa LGBTQ i Roma mu cyumweru gitaha, birimo Misa, amasengesho ndetse n’urugendo rugana ku rusengero rwa Mutagatifu Petero. Ibi bikorwa biteganyijwe ku wa 5–6 Nzeri 2025 bizaba bimwe mu by’ingenzi mu birori bya Yubile ya 2025. Ku wa 5 Nzeri, hazabera inama yiswe “Kumva ubuhamya bw’Abakirisitu ba LGBTQ”, […]

Ibizamini bya Leta: Menya amashuri yagize umusaruro wa nta kigenda kurusha andi mu Rwanda

EXAMSac039

Urwego rw’Igihugu Rushinzwe Ubugenzuzi bw’Amashuri mu Rwanda, rwasohoye urutonde rugaragaza uko amashuri yo hirya no hino mu gihugu yitwaye mu bizami bya Leta by’umwaka w’amashuri wa 2024/2025. Ni urutonde NESA yasohoye ku wa Gatanu tariki ya 29 Kanama, nyuma y’iminsi 10 isohoye amanota y’ibizamini bya Leta ku banyeshuri bakoze ikizamini gisoza amashuri abanza ndetse n’abakoze […]

Drones za FARDC zarashe Abanyamulenge bwa 3

20250830 132825

Ihuriro ry’Ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ryaraye ryongeye kugaba ibitero bya drones mu bice by’Intara ya Kivu y’Amajyepfo bituwe n’abanye-Congo bo mu bwoko bw’Abanyamulenge. Ku mugoroba (mu ma saa mbili) wo ku wa Gatanu tariki ya 29 Kanama ni bwo Drones zari zitangiye kugaba ibitero mu Minembwe; mu duce twa Mikenke […]

FERWAFA yabonye umuyobozi mushya

1756549198342IMG 7950

Kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 30 Kanama 2025, mu Nteko Rusange Isanzwe y’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) yabereye muri Serena Hotel, habereye amatora y’ubuyobozi bushya buzayobora imyaka ine iri imbere. Shema Fabrice, wahoze ayobora AS Kigali kandi akaba yari umukandida rukumbi wemerewe guhatana ku mwanya wa Perezida, yatorewe kuyobora FERWAFA asimbura Munyantwali Alphonse. […]

Indege z’indwanyi mu bikoresho bya RDF Perezida Kagame yategetse ko bigirwa ibanga

20250830 114305

Perezida Paul Kagame akanaba Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, yakoze amavugurura atandukanye yasize hongerewe ingano y’ibikoresho byazo bigomba kugirwa ibanga. Iby’aya mavugurura bigaragara mu Iteka rya Perezida n° 013/01 ryo ku wa 25/08/2025 rigena ibikoresho bya gisirikare bigirirwa ibanga. Umukuru w’Igihugu yakoze aya mavugurura yisunze Itegeko Nshinga rya Repubulika y’u Rwanda; Itegeko n° 64/2024 ryo […]

Miss Jolly yaryumyeho kuri Lungumi

2h6a9432 8decf

Miss Jolly Mutesi yari mu bitabiriye igitaramo cyo kumurika album “Vibranium” ya Nel Ngabo na Platini, ariko yanze kugira byinshi atangaza ku buzima bwe bw’urukundo ubwo yabazwaga ku mubano we na Lugumi Saidi. Abajijwe kuri Lungumi, Jolly yasubije agira ati: “Mureke twibande kuri Vibranium, muyumve kandi muyamamazanye.” Yirinze gusubiza ibibazo birebana n’urukundo rwe, mu gihe […]

Maj. Gen. Birungi yatawe muri yombi

20250830 073725

Maj. Gen. James Birungi wahoze ari umuyobozi w’urwego rushinzwe ubutasi bwa gisirikare muri Uganda (CMI), yatawe muri yombi. ChimpReports iravuga ko uyu musirikare afungiye muri gereza ya Polisi ya Gisirikare mu kigo cya gisirikare cya Makindye. Byitezwe ko agomba kugezwa imbere y’ubutabera ngo yisobanure ku byaha bikomeye acyekwaho birimo kugambanira igihugu, ruswa n’ibindi. Birungi yatawe […]

Amerika yumvikanye n’u Rwanda kujya ruyigurisha Wolfram icukurwa i Rulindo

20250830 71659

U Rwanda na Leta Zunze Ubumwe za Amerika ku wa Kane tariki ya 28 Kanama, byasinyanye amasezerano yerekeye ubucuruzi bw’amabuye y’agaciro yo mu bwoko bwa Wolfram. Ni amasezerano yashyizweho umukono na Sosiyete ya Trinity Metals icukura Wolfram mu birombe bya Nyakabingo mu karere ka Rulindo n’iya Global Tungsten Powders yo muri Amerika. Ku wa Kane […]

Menya amashuri yatsindishije kurusha andi mu bizamini bya Leta

gv bnnxeaa1az4 e4255

Urwego rw’Igihugu Rushinzwe Ubugenzuzi bw’Amashuri (NESA), rwasohoye urutonde rugaragaza uko amashuri yo hirya no hino mu gihugu yitwaye mu bizamini bya Leta mu mwaka w’amashuri wa 2025/2026. Ni ibizamini birimo ibisoza amashuri abanza ndetse n’ibisoza Icyiciro cya Mbere cy’Amashuri yisumbuye. Urutonde NESA yasohoye kuri uyu wa Gatanu tariki ya 29 Kanama rurakurikira amanota y’ibizamini bya […]

U Rwanda na DRC byumvikanye kwicuruzwa ryamabuye y’agaciro akomoka mu bihugu byombi

Screenshot 20250829 1624152

Intumwa z’u Rwanda n’iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zaahuriye mu biganiro muri Leta Zunze ubumwe z’Amerika, bigamije kurebera hamwe uko ibigo byo muri Amerika bishora imari muri ibi bihugu biherereye muri EAC (Afrika y’i Burasirazuba). Ibi biganiro byo ku rwego rwo hejuru bigamije kurebera hamwe ko habaho ubufatanye mu kubyaza umusaruro amabuye y’agaciro isi […]

Mu Rwanda hagiye kubakwa ishuri ryigisha gutwara indege

85046

Guverinoma y’u Rwanda yemeje amasezerano y’inguzanyo ya $27.95 miliyoni (ahwanye na miliyari 40 Frw) yagiranye n’Ikigega cy’Iterambere cya OPEC (OPEC Fund for International Development), agamije gushyigikira ishyirwaho rya Centre of Excellence for Aviation Skills (CEAS). Iri yemezwa ryashyizwe mu itegeko ryasohotse ku wa 25 Kanama, risohoka mu Igazeti ya Leta ku wa 28 Kanama, maze […]

Bwa mbere RDF yashyize hanze amashusho y’abasirikare bayo barasa ibyihebe

GridArt 20250829 172122252

Igisirikare cy’u Rwanda (RDF) cyashyize hanze amashusho yerekana abasirikare bacyo barasa ibyihebe, mu ntara ya Cabo Delgado yo mu majyaruguru ya Mozambique. Ni amashusho yafashwe guhera muri 2021, ubwo ingabo z’u Rwanda zatangiraga ibikorwa byo guhashya ibyihebe byo mu mutwe w’iterabwoba wa Ansar-Al-Sunnah byari byarayogoje Cabo Delgado. Muri aya mashusho, Lt. Gen. Innocent Kabandana wabaye […]

Umunyamakuru Paul Rutikanga yarongoye

gzhibilxyaa8zeb c49d1

Umunyamakuru wa Televiziyo y’u Rwanda, Paul Rutikanga, yashyingiranywe n’umukunzi we Uwera Caroline mu birori byabaye kuri uyu wa Gatanu tariki ya 29 Kanama 2025. Mbere y’ibyo birori, bombi bari bamaze gusezerana imbere y’amategeko ku wa 26 Kanama 2025. Ni nyuma y’uko muri Gicurasi uyu mwaka, Rutikanga yari yambitse impeta Uwera amusaba kumubera umugore, akabimwemerera. Ubukwe […]

Thailande: Minisitiri w’Intebe yirukanwe azira kunenga igisirikare cy’igihugu cye

2024 08 18T055014Z 1898099807 RC24I9AER9J5 RTRMADP 3 THAILAND POLITICS

Minisitiri w’Intebe wa Thailande yakuwe ku mirimo ye n’Urukiko rushinzwe Kurinda Itegeko Nshinga, azira kunenga igisirikare cy’igihugu cye. Paetongtarn Shinawatra yirukanwe kurenga ku mabwiriza agenga imyitwarire y’umuyobozi nyuma y’uko ikiganiro yagiriye kuri telefoni gishyizwe ku karubanda muri Kamena, aho yumvikanye ahamagara nyirarume w’uwahoze ari umuyobozi wa Cambodge, Hun Sen, anenga Ingabo za Thailande, mu gihe […]

Igitero gishya FARDC n’abambari bayo cyiciwemo abaturage 3

images 2022 12 28T082847.048

Umutwe wa AFC/M23, washinje Ihuriro ry’Ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kwica abaturage batatu, mu bitero bishya ryagabye mu gace ka Bukombo muri Teritwari ya Masisi. Umuvugizi wa AFC/M23, Lawrence Kanyuka, yatangaje ko icyo gitero cyabaye mu rucyerera rwo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 29 Kanama. Yavuze ko abantu batatu: Mbirinde […]

Ibihugu 10 bya mbere ku Isi bifite aba “millionaires” benshi mu madolari

China Shanghai

Leta Zunze Ubumwe za Amerika nk’igihugu cya mbere gikize kurusha ibindi ku Isi, kiyoboye urutonde rw’ibihugu 10 bya mbere bifite abaturage benshi batunze amafaranga ari hejuru ya miliyoni y’amadolari nk’uko biherutse gushyirwa ahagaragara na Credit Suisse. Dore ibihugu 10 bya mbere bifite aba millionaires benshi: 1.USA: 21,951,319 2.U Bushinwa: 6,013,282 3.U Bwongereza: 3,061,553 4.U Bufaransa: […]

Jose Mourinho yahambirijwe

skysports jose mourinho fenerbahce 6838895

Ikipe ya Fenerbahçe yo muri shampiyona y’icyiciro cya mbere muri Turukiya yamaze gutandukana n’umutoza wayo Jose Mourinho, nyuma yo kubura itike yo kwitabira imikino ya UEFA Champions League 2025/2026. Amakuru y’iri tandukana yatangajwe ku mbuga nkoranyambaga z’iyi kipe kuri uyu wa Gatanu, aho bagize bati: “Twatandukanye na Jose Mourinho, wari umutoza wacu kuva mu mwaka […]

RDC yateye utwatsi ubutumire bwa Mbeki mu nama yatumiwemo Kabila na Corneille Nangaa

briefing Sama2 d7d48b7a5a

Guverinoma ya Repubulika ya Demokarasi ya Kongo, yateye utwatsi ubutumire bw’uwahoze ari Perezida wa Afurika y’Epfo mu nama ku mahoro n’umutekano bizabera mu gihugu cye, byatumiwemo na bamwe mu batavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Kinshasa, kuva ku itariki ya 3 kugeza ku ya 6 Nzeri 2025. Mu bantu bo muri Guverinoma ya Congo bari batumiwe bivugwa […]

Ibigo by’abikorera bitanga serivisi z’umutekano byasabwe kongera ubunyamwuga

WhatsApp Image 2025 08 28 at 15.47.23 0c6160be

Kuri uyu wa Kane, tariki ya 28 Kanama, ku cyicaro gikuru cya Polisi ku Kacyiru, Polisi y’u Rwanda ku bufatanye na Minisiteri y’Abakozi ba Leta n’Umurimo (MIFOTRA), bagiranye inama n’abayobozi b’ibigo byigenga bitanga serivisi z’umutekano hagamijwe kurebera hamwe uko bakomeza kuzuza inshingano zabo kinyamwuga no gukorera mu mucyo. Iyi nama yibanze ku kongera imbaraga mu […]

Muri APR FC batangiye gusaba imbabazi rugikubita

79805

Umutoza mukuru wa APR FC, Abderrahim Taleb, yijeje abakunzi b’iyi kipe ko azitwara neza mu mikino ya CECAFA Kagame Cup izabera muri Tanzania, ndetse anabasaba imbabazi ku musaruro utari mwiza ikipe ye iherutse kugaragaza mu mikino ya gicuti. Yagize ati ibyo byaturutse ku kuba adaha agaciro cyane gutsinda muri iyo mikino, ahubwo akayifata nk’urubuga rwo […]

Pologne: Umupilote wa F-16 wari mu myitozo yahuye n’uruva gusenya

cafd90f5 487e 47b5 b2ad 60c7c46b1a2d 2c78f75b

Indege y’intambara yo mu bwoko bwa F-16 y’ingabo zirwanira mu kirere za Pologne yakoze impanuka mu myitozo yo mu kirere kuri uyu wa Kane ushize i Radom. Ibitangazamakuru byaho byavuze ko indege yaguye nabi aho indege zihagurukira ahagana saa 19:30 CET. Umuvugizi wa guverinoma, Adam Szlapka, yemeje ko umuderevu w’indege yaguye muri iyo mpanuka ku […]

Perezida Kagame yakiriye Umuyobozi wa UNHCR, Filippo Grandi

GzdRFhqbcAABqwC

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kane, itariki, 28 Kanama, muri Village Urugwiro, Perezida Kagame yakiriye Umuyobozi w’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe Impunzi, Filippo Grandi. Ibiganiro byabo byibanze ku gushimangira ubufatanye bw’u Rwanda na UNHCR, harimo uruhare runini rw’u Rwanda mu gushyira imbere kurengera impunzi, kwishyira hamwe, no gushaka ibisubizo birambye. Filippo Grandi yageze mu Rwanda […]

Huye: Hatangiye amatora ya komite y’ihuriro ry’abana

csm Amatora 3 e10dc02c6c

Mu Karere ka Huye hatangiye amatora y’abagize ihuriro ry’abana kuri buri rwego. Aya matora akorwa hahereye ku rwego rw’Umudugudu kugeza ku rwego rw’Intara, akitabirwa n’abana kuva ku myaka 6 kugeza kuri 17 y’amavuko. Kuri uyu wa 28 Kanama 2025, hakozwe amatora ya Komite y’ihuriro ry’abana. Ni amatora yakozwe ku rwego rwa buri mudugudu no ku […]

Tshisekedi agiye kuzamura mu ntera Maj. Gen. Cirimwami umaze amezi 7 atarashyingurwa

20250829 901

Général-Major Peter Nkuba Cirimwami wahoze ari Guverineri wa Gisirikare w’Intara y’Amajyaruguru, kera kabaye agiye gushyingurwa nyuma y’amezi arindwi yiciwe mu mirwano y’ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’inyeshyamba zo mu mutwe wa M23. Ku wa 24 Mutarama ni bwo Cirimwami yarasiwe mu gace ka Kasengezi hafi y’umujyi wa Sake, aho yari yagiye […]

Ubusinzi, imiyoborere mibi n’amakimbirane mu byatumye Musanze iba iya nyuma mu bizamini bya Leta

2025 08 28 23 25 46 2

Ikibazo cy’amakimbirane hagati y’abayobozi b’amashuri n’abo bakorana, imiyoborere mibi n’imyitwarire igayitse irimo ubusinzi; biri mu byagaragajwe nk’intandaro yatumye akarere ka Musanze kaba aka nyuma mu bizamini bya Leta by’umwaka w’amashuri wa 2024/2025. Byagaragarijwe mu mwiherero w’umunsi umwe wahuje abayobozi b’ibigo by’amashuri byo mu karere ka Musanze n’inzego zirimo ubuyobozi bw’Intara y’Amajyaruguru n’ubuyobozi bw’akarere ka Musanze […]

Mwangi wayoboye imyigaragambyo yo kwamagana ubutegetsi bwa Kenya agiye guhangana na Ruto mu matora

2411f170 83cf 11f0 a34f 318be3fb0481.jpg

Boniface Mwangi, impirimbanyi iharanira uburenganzira bwa muntu muri Kenya, yatangaje ko aziyamamariza kuba Perezida w’icyo gihugu mu matora ateganyijwe muri 2027. Mwangi wagize uruhare mu kuyobora imyigaragambyo yo kwamagana leta biro ntaramakuru by’abongereza Reuters bivuga ko Mwangi yatangaje ko ubutegetsi  bwananiwe mu buryo bwose. Mwangi yavuze ko Kenya igomba kubona impinduka mu matora ateganijwe  muri […]

U Rwanda rwemeje ko rwakiriye abimukira boherejwe na Guverinoma ya Amerika

Yola 1af82

Guverinoma y’u Rwanda yemeje ko rwakiriye abimukira barindwi baturutse muri Amerika, mu rwego rw’amasezerano yo kwimura abantu bari muri Amerika mu buryo butemewe yasinywe hagati y’ibihugu byombi muri uyu mwaka. Umuvugizi wa Guverinoma, Yolande Makolo yavuze ko: “Itsinda rya mbere ry’abimukira barindwi basuzumwe bageze mu Rwanda hagati muri Kanama.” Yavuze ko abo bimukira bacumbikirwa n’umuryango […]

Perezida Putin na Kim Jong Un bategerejwe mu Bushinwa

china kim jong un xi jinping reuters

Akarasisi ka gisirikare kazabera i Beijing mu rwego rwo kwibuka imyaka ishize u Buyapani bwemeye kuyamanika nyuma yo gutsindwa mu Ntambara ya Kabiri y’Isi Yose kazakurikiranwa na Kim Jong Un, Umuyobozi wa Koreya ya Ruguru ndetse na Perezida Vladimir Putin w’u Burusiya, nk’uko byemejwe n’u Bushinwa. Ibi birori bizaha Vladimir Putin na Kim Jong Un […]

Umukoro wa Gen. Makenga ku bapolisi ba mbere M23 yungutse

download 31

Umugaba Mukuru w’Ingabo z’umutwe wa M23, Gen. Sultani Makenga, ku cyumweru tariki ya 24 Kanama yayoboye umuhango wo gusoza imyitozo ku bapolisi ba mbere b’uriya mutwe. Ni imyitozo yitabiriwe n’abarimo abapolisi bashya binjiye muri Polisi ya M23 ndetse n’abahoze muri Polisi ya Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Mu bumenyi bariya bapolisi bahawe harimo […]

Minembwe: Habyukiye imirwano ikaze irimo igitero cya drone cyibasiye abasivili

20231111 085425 ad1b8 860x484 1

Kuri uyu Kane kuva mu rukerera mu Minembwe, muri Kivu y’Amajyepfo habyukiye imirwano ikaze irimo n’ibitero birimo icya drone bya FARDC, Mai-Mai, FDLR, Igisirikare cy’u Burundi n’abacanshuro bakoresheje indege itagira abaderevu mu gushyigikira ingabo ziri ku butaka imirwano ikaba yari ikomeje ubwo twandikaga iyi nkuru. Itangazo ryashyizwe ahagaragara n’Umutwe wa Twirwaneho uvuga ko saa saba […]

Kabila, Katumbi, Nangaa na Kamerhe bagiye guhurira mu biganiro byateguwe na Thabo Mbeki

20250827 214617

Abanyapolitiki benshi bo muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DRC), barimo uwahoze ari perezida, Joseph Kabila, umunyapolitiki utavuga rumwe n’ubutegetsi, Moïse Katumbi, Umuhuzabikorwa w’Ihuriro rya politiki na gisirikare rirwanya ubutegetsi AFC/M23, Corneille Nangaa, na Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko ya RDC, Vital Kamerhe, batumiriwe kuzitabira icyiciro cya kabiri cy’ibiganiro nyafurika ku mahoro n’umutekano biteganijwe ku itariki […]

RDC irashidikanya ku bwenegihugu n’umubare w’impunzi z’Abanyekongo ziri mu Rwanda

IMG 20250826 WA0050

Kugeza ubu, imibare igaragaza ko impunzi z’Abanyekongo zahungiye mu Rwanda zigera ku 83.000, ahanini bitewe n’intambara n’urugomo bimaze imyaka mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo. Guverinoma ya Kinshasa ivuga ko ishaka koroshya itahuka ryabo, ariko irashaka kubanza kumenya niba imibare yatanzwe na Kigali ari ukuri kandi ikanamenya niba koko ari Abanyekongo. Ku wa […]

Cabo Delgado: Umuyobozi w’Ingabo z’u Rwanda yakiriye Umugaba Mukuru w’Ingabo za Mozambique

GzW3lyyXgAABrmF

Kuri uyu wa Gatatu, itariki 27 Kanama, Umuyobozi w’abashinzwe umutekano b’u Rwanda (Rwanda Security Force) ziri muri Mozambique, Maj Gen Emmy K. Ruvusha, yakiriye Umugaba w’Ingabo z’iki gihugu (FADM),  Maj Gen André Rafael Mahunguane ku cyicaro gikuru cyabo, muri Mocimboa da Praia, Intara ya Cabo Delgado. Ibiganiro byabo byibanze ku kibazo cy’umutekano mu Ntara ya […]

Baltasar Engonga yakatiwe igifungo cy’imyaka 8 muri gereza

Baltasar Engonga

Urukiko rwo muri Equatorial Guinea rwakatiye Baltasar Ebang Engonga, wahoze ari umuyobozi ukomeye muri Leta, imyaka 8 y’igifungo nyuma yo guhamwa n’icyaha cyo kunyereza amafaranga ya Leta. Nk’uko byatangajwe na Hilario Mitogo, Umuyobozi w’itangazamakuru muri Urukiko rw’Ikirenga, urukiko rwa Bioko rwahamije Engonga icyaha cyo gukoresha amafaranga yagombaga gukoreshwa mu ngendo z’akazi mu nyungu ze bwite. […]

French Montana yambitse impeta Umwamikazi w’i Dubai

images 7 1756334384

Umuraperi w’Umunyamerika, French Montana w’imyaka 40, yamaze kwambika impeta y’urukundo Sheikha Mahra, Umwamikazi w’i Dubai ufite imyaka 31. Ibi byatangajwe na TMZ. Aba bombi batangaje urukundo rwabo muri Kamena 2025, hashize amezi make Mahra atandukanye n’umugabo we wa mbere, Sheikh Mana, umucuruzi w’Umwirabura wo muri UAE. Mahra na Mana bafitanye umwana w’umukobwa wavutse muri Gicurasi […]

DRC: Urukiko rwatangiye gususuma ubujurire bwa Matata Ponyo wakatiwe imyaka 10

matata ponyo lgd 27 aout 2025 jpg 711 473 1

Kuri uyu wa kane tariki 28 Kanama 2025, urukiko rw’Ikirenga rwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ruratangira gusuzuma ikirego cy’ubujurire cyatanzwe na Matata Ponyo Mapon wahoze ari Minisitiri w’Intebe wa Congo wakatiwe imyaka 10 y’imirimo y’agahato. Iki kirego gishingiye ku cyemezo cy’urwo rukiko cyafashwe ku itariki ya 20 Gicurasi 2025, aho Matata yakatiwe igihano cy’imyaka […]

Abafana bakomerekeje umusifuzi

IMG 8575 860x636 1

Mu gihugu cya Tunisie, habaye imvururu mu mukino wa shampiyona ubwo umusifuzi wo ku ruhande, Marwan Saad yakomeretswaga n’abafana. Ibi byabaye ku wa Gatatu, tariki ya 27 Kanama 2025, mu mukino wahuzaga CA Bizertin na Club Africain. Uyu mukino wageze ku munota wa 48 uhita uhagarikwa, nyuma y’uko Firas Chaout wa Club Africain atsinze igitego, […]

Ukraine ikomeje kwenyegeza umwuka mubi hagati y’u Rwanda na RDC: U Burusiya

TFEOQ3IGANJQ7ML4A7UIK6XVKY 1

Abatoza b’abasirikare ba Ukraine hamwe n’abandi bakozi bayo b’iperereza, barashinjwa kugira uruhare mu guteza umutekano mucye mu karere k’ibiyaga bigari, by’umwihariko mu gukongeza umwuka mubi hagati y’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC). Byatangajwe na Alexander Ivanov, Umurusiya uyobora Ihuriro ry’Abasirikare b’Inzobere ku Mutekano Mpuzamahanga. Ivanov yavuze ko aba bakozi ba Ukraine bashyigikira […]

RDC: Abanyamerika bamaze guhabwa impushya 7 zo gucukura amabuye arimo lithium

atlantic lithium ghana

Kuri uyu wa Gatatu, hatangajwe ko KoBold Metals, isosiyete icukura amabuye y’agaciro ishyigikiwe n’abaherwe b’Abanyamerika Jeff Bezos na Bill Gates, zabonye impushya zirindwi zo gushakisha lithium n’andi mabuye y’agaciro muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo. Biravugwa ko igihugu cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo cyasinyanye amasezerano na KoBold muri Nyakanga, yemerera iyi sosiyete y’Abanyamerika gutangiza […]

Musanze: Urujijo ku mwana w’umunyamakuru Bazatsinda wasanzwe yapfuye

IMG 20250827 180159 442

Umwana w’abanyamakuru Bazatsinda Jean Claude na Nyirandikubwimana Janvière, kuri uyu wa Gatatu tariki ya 27 Kanama yasanzwe iwabo yapfuye. Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatatu ni bwo uyu mwana w’umuhungu wari ufite imyaka 12 y’amavuko yasanzwe aziritse kuri ‘grillage’ z’idirishya ryo mu gipangu umuryango we utuyemo, mu murenge wa Cyuve w’akarere ka Musanze, ahambirishije […]

Inyeshyamba za ADF zongeye kugaba igitero Oicha, zica abantu zitwika n’amazu y’abaturage

bitmap 1200 nocrop 1 1 20231024095448156084 550efc82 b082 4723 b99c 499e245b5b62

Inyeshyamba zo mu mutwe wa ADF zongeye kugaba igitero  mu gace ka Oicha gaherereye mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru zisiga zishe abantu babiri zitwika n’amazu atandatu abaturage benshi basize barahunga, abandi baburirwa irengero. Ni gitero cyabaye ku mugoroba w’ejo ku wa kabiri tariki ya 26 Kanama, ahagana saa moya zumugoroba, mu mudugudu wa Mabasele uherereye […]

FARDC, FDLR n’Ingabo z’u Burundi bagabye ibitero byiciwemo abaturage mu Minembwe

IMG 20231028 WA0000 3800x2138 c

Ihuriro ry’Ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, kuri uyu wa Gatatu tariki ya 27 Kanama ryagabye ibitero mu midugudu yo mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo isanzwe ituwe n’abanye-Congo bo mu bwoko bw’Abanyamulenge. Umuvugizi w’umutwe wa AFC/M23, Lawrence Kanyuka, yatangaje ko ibyo bitero byagabwe n’Ingabo zirimo iza Leta ya RDC (FARDC), umutwe wa […]

APR FC izakira Pyramids FC kuri Stade Amahoro

1756312877601

APR FC izakira umukino wa mbere wa CAF Champions League na Pyramids FC yo mu Misiri kuri Stade Amahoro, tariki ya 1 Ukwakira 2025. Ibi bije nyuma y’impaka zabaye mu nama zahuje CAF n’inzego z’imikino mu Rwanda aho baje kwemeza ko Kigali Pelé Stadium itazongera kwakira amarushanwa yo ku rwego rwa Afurika. Umukino wo kwishyura […]

Museveni yinjiye ahari imbaga y’abantu ari muri mucaka

Screen Shot 2025 08 27 at 15.13.51

Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni yashimishije imbaga y’abayoboke b’ishyaka rye NRM mu gace ka Kololo ubwo yageze ahari hateguwe ibirori. Akigera aho yari yateguriwe, yanyuze kuri tapis y’icyubahiro (red carpet) maze atangira kwiruka no gukora imyitozo izwi nka push-ups, ibintu byatangaje benshi. Abashinzwe umutekano be bahise bamukurikira mu ngendo ye, na bo batangira kwiruka. […]

U Rwanda na Mozambique byasinyanye amasezerano y’ubufatanye mu kurwanya iterabwoba

GzW99sWXkAAgcb

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatatu, itariki 277 Kanama 2025, muri Village Urugwiro, Perezida Paul Kagame yakiriye Perezida Daniel Francisco Chapo wa Repubulika ya Mozambique, ubwo yatangiraga uruzinduko rw’iminsi ibiri mu Rwanda. Abakuru b’ibihugu byombi bagiranye ibiganiro imbonankubone ku ngingo z’ingenzi z’ubufatanye bukomeje hagati yabyo. Perezida Kagame na mugenzi we wa Mozambique, Perezida Chapo, […]