Umukozi w’akarere uvugwaho gusambanira mu ruhame yoherejwe muri gereza

Urukiko rw’ibanze rwa Nyarugenge rwanzuye ko umukozi w’akarere ka Nyamagabe ushinzwe kubika amakuru (Data Manager) uherutse kugaragara akora ibyo abenshi bita gusambanira mu ruhame afungwa iminsi 30 y’agateganyo. Nk’uko urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha rwabyemeje mu minsi yashize, uyu mugabo yatawe muri yombi tariki ya 6 Mata 2023 nyuma y’aho hakwirakwiye amashusho amugaragaza asa n’usambanira n’umukobwa mu […]

Le prĂ©sident Kagame en visite d’Etat de deux jours en Tanzanie

Le prĂ©sident Paul Kagame devrait arriver cet aprĂšs-midi en Tanzanie pour une visite de travail de deux jours au cours de laquelle il rencontrera la prĂ©sidente du pays, Samia Suluhu Hassan . Les deux dirigeants s’entretiendront plus tard dans la journĂ©e à  la maison d’à‰tat du pays. La visite de Kagame en Tanzanie intervient à  […]

Colombia: Perezida Gustavo Petro yirukanye abaminisitiri 7 muri guverinoma ye

Kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 26 Mata 2023, Perezida wa Colombia, Gustavo Petro, yatangaje ko yasimbuje abaminisitiri be barindwi, nyuma yo kwitambika imishinga myinshi y’amavugurura y’abagize guverinoma ye . Ibibazo bya politiki muri Colombia bimaze amezi icyenda, cyane cyane kuva Perezida mushya, Gustavo Petro, perezida wa mbere w’umukomuniste muri iki gihugu, ukomeje guhura n’imbogmizi […]

Erling Haaland na Kevin De Bryune, imvano y’intsinzi ya Man.City

70278845-12017801-image-a-6_1682550915470-8d416.jpg

Mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatatu, nibwo abantu benshi bari bategereje umukino w’ishiraniro hagati ya Arsenal na Manchester umukino waje kurangira ari ibitego 4-1 . Uyu mukino waranzwe n’igitutu kinshi ku makipe yombi haba kuri Arsenal na Man. City kuko zose zirimo gukoza imitwe y’intoki ku gikombe. Erling Haaland, Kevin De Bryune, ni bo […]

Kenya: Umuvugabutumwa ushinjwa kugira uruhare mu mpfu z’abayoboke be yatawe muri yombi

Umuvugabutumwa kuri televiziyo wo muri Kenya, Ezekiyeli Odero wo mu itorero New Life Prayer Centre and Church yatawe muri yombi azira gushuka abayoboke be . Yatawe muri yombi nyuma y’umunsi umwe ahaswe ibibazo amasaha menshi kubera ko itorero rye rinashinjwa imigenzo ya gipfumu. Umwe mu bayobozi witwa Rhodah Onyancha, yatangaje ko pasiteri yafatiwe i Makueni, […]

Rishi Sunak yanze gusaba imbabazi Abanyafurika u Bwongereza bwagize abacakara

Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza, Rishi Sunak, yanze gusaba imbabazi Abanyafurika igihugu cye cyagize abacakara kuva mu kinyejana cya 15 kugeza mu cya 19 no guha indishyi abagizweho ingaruka. Kubyanga byashingiye ku kibazo umudepite mu nteko ishinga amategeko uhagarariye ishyaka Labour, Bell Ribeiro-Addy yamubaije kijyanye no gusaba imbabazi mu buryo bwuzuye kandi bwumvikana no kwemera gutanga […]

Crimes against humanity suspects fled from prison in Sudan

A former Sudanese politician accused of crimes against humanity has announced that he fled from prison along with other former collaborators in this country in full chaos, raising fears of a new conflagration as the cease-fire fire concluded under the American aegis remains fragile . Ahmed Haroun was detained in Kober prison, in the capital […]

Bashir wa Sudan amelazwa katika hospitali ya kijeshi, jeshi linasema

Rais wa Sudan aliyeondolewa madarakani Omar al-Bashir amelazwa katika hospitali ya kijeshi katika mji mkuu Khartoum, jeshi lilithibitisha Jumatano . Taarifa ya kijeshi ilisema al-Bashir alihamishiwa katika Hospitali ya Jeshi ya Aliaa kwa pendekezo la wafanyikazi wa matibabu katika gereza la Kober kabla ya kuzuka kwa mapigano kati ya jeshi na Kikosi cha Msaada wa […]

Kamonyi: 10 batawe muri yombi bazira guhisha imibiri y’abazize jenoside

Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha, RIB, rwataye muri yombi abantu batanu bo mu murenge wa Nyamiyaga n’abandi batanu mu murenge wa Mugina mu karere ka Kamonyi, rubakurikiranyeho kudatanga amakuru y’imibiri y’abazize jenoside yakorewe Abatutsi. Umuvugizi wa RIB, Dr Murangira Thierry, yatangarije televiziyo y’igihugu ko amakuru y’ibanze yavuye mu iperereza ari uko aba bantu bo muri Nyamiyaga bamenye […]

Le Soudan a le droit de recourir aux services du groupe Wagner – SergueĂ ÂŻ Lavrov

Le ministre russe des Affaires Ă©trangĂšres, SergueĂ ÂŻ Lavrov, a dĂ©clarĂ© mardi que les autoritĂ©s lĂ©gitimes du Soudan avaient le droit d’utiliser les services du groupe Wagner, une sociĂ©tĂ© militaire privĂ©e soutenue par Moscou . Les combats entre l’armĂ©e soudanaise et les Forces de soutien rapide paramilitaires sont entrĂ©s dans leur deuxiĂšme semaine avec plus de […]

L’affaire “Kwa DubaĂ ÂŻ” soumise au parquet

Le Bureau d’enquĂ ÂȘte du Rwanda (RIB) a soumis au parquet le dossier de Jean Nsabimana, un homme d’affaires qui a construit l’immobilier basĂ© à  Kinyinya, communĂ©ment appelĂ© Kwa Dubai et certains anciens responsables du district de Gasabo . Outre Nsabimana, les autres suspects en garde à  vue sont l’ancien maire de Gasabo, Stephen Rwamulangwa ; […]

Umugabo yafashwe ashaka ugura ubugabo yaciye ku musaza

image_2023-04-26_015522436.png

Muri Afurika y’Epfo haravugwa umugabo wagejejwe mu butabera akurikiranyweho gushaka kugurisha igitsina cy’umusaza w’imyaka 68 . Uyu mugabo wafashwe na Polisi ubwo yageraga mu gace ka Tambo ubwo yajyaga mu guriro gushaka umuguzi. Polisi ivuga ko, umusaza waciweho ubugabo, arembye ariko akaba arimo gukurikiranwa n’ibitaro yatwawemo igitaraganya. Naho ushinjwa kumuhohotera akaba yagejejwe mu rukiko rwisumbuye […]

Ukuriye dipolomasi y’u Burusiya aremeza ko Sudani ifite uburenganzira bwo gukoresha Wagner

Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Burusiya, Sergey Lavrov, kuri uyu wa Kabiri ushize yatangaje ko abategetsi ba Sudani bafite uburenganzira bwo gukoresha serivisi ikigo cya Wagner, isosiyete yigenga y’umutekano iterwa inkunga na Moscou, abo mu burengerazub bafata nk’umutwe w’abacanshuro . Imirwano hagati y’ingabo za Sudani n’ingabo za RSF yinjiye mu cyumweru cyayo cya kabiri, aho abantu […]

Sudani: Uwari umunyapolitiki wari ufunzwe azira ubwicanyi bwo muri Darfur yatorotse gereza

Uwahoze ari umunyapolitiki wo muri Sudani ushakishwa na ICC kubera ibyaha byibasiye inyokomuntu yavuze ko we n’abandi bahoze ari abayobozi batakiri muri gereza nyuma y’amakuru avuga ko batorotse . Ahmad Harun yari mu bafungiye muri gereza ya Kober mu murwa mukuru Khartoum bakurikiranywe n’Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha (ICC). Amakimbirane akomeje kubera muri Sudani yatangiye ku itariki […]

FARDC iravuga ko yabohoje imidugudu igera ku icumi yagenzurwaga na CODECO

Kuri uyu wa Kabiri, itariki ya 25 Mata, FARDC yabohoje imidugudu igera ku icumi hamwe n’uduce tumwe na tumwe twa komini ya Mungwalu byagenzurwaga n’inyeshyamba za CODECO muri Teritwari ya Djugu (Ituri) . Ibi bice byabohojwe mu bikorwa bya gisirikare byatangiye mu minsi itanu ishize muri kano karere gaherereye nko mu birometero ijana mu majyaruguru […]

Abanyamakuru bajyanye na Minisitiri w’Intebe w’u Burundi mu mahanga banze gutaha

Abanyamakuru babiri ba radiyo na televiziyo bya Leta y’u Burundi (RTNB) bajyanye na Minisitiri w’Intebe, Gervais Ndirakobuca, mu ruzinduko yagiriye mu Butaliyani muri uku kwezi banze gutaha. Aba ni Anicet Niyonkuru usanzwe utangaza amakuru na Frank Niyungeko usanzwe afata amafoto n’amashusho. Amakuru agera kuri BWIZA avuga ko aba banyamakuru bajyanye na Minisitiri w’Intebe mu Butaliyani […]

Kacyiru: Urusaku ruturuka mu kabari Bonk Bar rurembeje abaturage bagaturiye

op.jpg

Bamwe mu batuye ku Kinamba mu Murenge wa Kacyiru hafi n’Akabari Bonk Bar bavuga ko bamaze igihe kirenga imyaka itanu batazi uko ibitotsi bimera kubera imiziki ihacurangirwa mu ijoro, hakaniyongeraho n’urusaku rw’indaya zitabira amacumbi y’ako kabari . Akabari ka Bonk bar kari mu Mudugudu w’Inkingi, hejuru y’umuhanda ku Kinamba. Urebeye ku muhanda munini, uhabwirwa n’amatara […]

Abanyarwanda 2 bangiye Leta y’u Rwanda ko ibavana muri Sudani

Leta y’u Rwanda yatangaje ko Abanyarwanda babaga muri Sudani bose bamaze kuhavanwa, uretse babiri bahisemo gukomeza kuba ku butaka bw’iki gihugu ku bushake bwabo. Umuvugizi wungirije wa Guverinoma, Alain Mukuralinda, yabwiye The New Times ko Abanyarwanda 36 ari bo Leta y’u Rwanda yamaze kuvana muri Sudani ibajyana i Cairo mu Misiri; mu rugendo rw’amasaha 30 […]

Gen. Nyagah yatangaje ko hari ibibazo adakwiye kubazwa kuri M23

Umuyobozi w’ingabo z’ibihugu byo mu muryango wa Afurika y’iburasirazuba zikorera mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru muri Repubulika ya demukarasi ya Congo (EACRF), Maj. Gen. Jeff Nyagah, yahakaniye abakomeje kumubaza ibibazo bya politiki byerekeye ku mutwe witwaje intwaro wa M23. Mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru i Goma kuri uyu wa 24 Mata 2023, Gen. Nyagah yabajijwe niba […]

Huye: Batandatu baguye mu kirombe baracyashakishwa, nyiracyo yabaye iyobera

Hari tariki ya 22, abaturage bategereje kureba niba hari abo izi mashini zabona/ifoto: Radio Huye

Abantu batandatu, barimo abanyeshuri 3 bigaga mu mashuri yisumbuye baguye mu kirombe cy’amabuye y’agaciro cyacukurwaga mu buryo butemewe tariki ya 20 Mata 2023, n’ubu baracyashakishwa, nyir’ikirombe na we yakomeje kugirwa ibanga. Imashini zisanzwe zikora umuhanda ni zo zimaze iminsi zishakisha aba bantu binjiye munsi y’umusozi banyuze mu mwobo ufite ubujyakuzimu bivugwa ko buri gahati ya […]

Muri Gereza ya Bukavu humvikanye urusaku rw’amasasu

Kuri uyu wa Kabiri, itariki ya 25 Mata 2023, urusaku rw’amasasu rwumvikanye muri Gereza Nkuru ya Bukavu, muri Kivu y’Amajyepfo, bitera ubwoba mu baturanye n’iyi gereza . Umwotsi waturukaga imbere muri gereza wagaragaye, nk’uko videwo irimo kuzenguruka ku mbuga nkoranyambaga ibigaragaza. Ibi ngo bikaba byatewe n’uko imfungwa zagerageje gutoroka iyi gereza. Ishami rishinzwe itumanaho mu […]

CYAMUNARA Y’IBICURUZWA BYAFATIWE MURI MAGENDU

Itangazo ryose

Ubuyobozi bwa za Gasutamo buramenyesha abantu bose ko hazagurishwa mu cyamunara ibicuruzwa bitandukanye byafatiwe muri magendu bigaragara ku mugereka w’iri tangazo. Fungura urebe ibicuruzwa byose bigaragara muri uyu mugereka

Kigali: Wafanyabiashara wametozwa faini kwa kuongeza bei za vyakula

Takriban wafanyabiashara 20 katika Jiji la Kigali wametozwa faini kwa kuongeza bei ya mahindi, viazi na mchele isivyostahili . Ukaguzi huo ulifuatia uamuzi wa serikali, uliotangazwa wiki jana, wa kuondoa VAT kwenye unga wa mahindi na mchele, na kudhibiti bei ya viazi ili kusaidia kudhibiti mfumuko wa bei ya chakula nchini Rwanda. Kwa mujibu wa […]

Arteta yaburiye abakomeje kumutega Guardiola ku mukino wa Arsenal na Man.City

image_2023-04-25_043418667.png

Muri Shampiyona yo mu Bwongereza, nta gikomeje kuvugisha benshi nk’umukino utegerejwe kuri uyu wa Gatatu, uretse umukino uzahuza ikipe ya Arsenal itozwa na Arteta na Manchester City itozwa na Guardiola . N’ubwo hakibura imukino irenga itanu ngo Premier League iyi sezo(season), benshi bavuga ko uzagaragaza ubukaka bwa Arsenal niba isatira gutwara igikombe cyangwa niba igomba […]

Kenya: Ten new bodies exhumed in the “Shakahola massacre”

The macabre tally continues in the Shakahola forest in eastern Kenya: ten new bodies of suspected members of a cult advocating extreme fasting were found on Tuesday. These new discoveries bring the death toll from the “Shakahola forest massacre” to 83 . Monday evening, police sources reported 73 dead since the search began on April […]

CYAMUNARA Y’IBICURUZWA BITANDUKANYE AHAKORERA DP World

Itangazo ry'ubuyobozi bwa gasutamo kuri cyamunara y'ibicuruzwa

Ubuyobozi bwa gasutamo buramenyesha abantu bose ko tariki ya 5 Gicurasi 2023, saa yine zaa mu gitondo hazagurishwa mu cyamunara ibicuruzwa bitandukanye biherereye mu bubiko rusange bwa DP World bigaragara ku mugereka w’iri tangazo. Cyamunara izabera ahakorera DP World. Abifuza kugura ibi bicuruzwa bazatangira kubisura aho biherereye mu bubiko rusange bwa DP World i Masaka […]

Kigali: Des commerà§ants condamnés à  une amende pour avoir augmenté les prix des denrées alimentaires

Au moins 20 commerà§ants de la ville de Kigali ont Ă©tĂ© condamnĂ©s à  une amende pour avoir augmentĂ© de maniĂšre dĂ©raisonnable les prix du maĂ ÂŻs, des pommes de terre irlandaises et du riz . L’inspection fait suite à  une dĂ©cision du gouvernement, annoncĂ©e la semaine derniĂšre, de supprimer la TVA sur la farine de maĂ ÂŻs […]

Inka Perezida Kagame yagabiye Gen. Kainerugaba zimaze kubyara 7

Perezida Kagame na Jeannette ni bo bateguriye Gen. Kainerugaba ibirori by'isabukuru y'amavuko

Inka zimwe mu 10 Perezida Paul Kagame yagabiye muri Werurwe 2022 umuhungu wa Yoweri Museveni, General Muhoozi Kainerugaba, zimaze kubyara zirindwi. Ibi byavuzwe na Gen. Kainerugaba kuri uyu wa 24 Mata 2023 ubwo yari mu birori byo kwizihiza isabukuru ye y’imyaka 49 y’amavuko yateguriwe na Perezida Kagame na Jeannette Kagame. Perezida Kagame yashimiye Gen. Kainerugaba […]

Prof. Habumuremyi wabaye Minisitiri w’Intebe yasohoye igitabo ‘Ikiguzi cy’Urugo Rushaka Umunezero’

Kuri iki gifuniko cy'iki gitabo hagaragara incamake y'aya mahame 10

Prof. Pierre Damien Habumuremyi, umwanditsi w’ibitabo wabaye Minisitiri w’Intebe, yasohoye igitabo yise ‘Ikiguzi cy’Urugo Rushaka Umunezero’ kigenewe abashaka kubaka urugo n’abamaze kurwubaka. Mu kiganiro yagiranye na BWIZA, Prof. Habumuremyi yasobanuye ko iki gitabo kigenewe gutegura abashaka kubaka urugo ibyo bagomba kwitondera kugira ngo bazagire urugo rwiza, rufite umunezero. Ku bamaze kubaka urugo, uyu mwanditsi yagize […]

Amafoto: Perezida Kagame na Jeannette bakiriye Gen. Kainerugaba mu birori bamuteguriye

Perezida Kagame avuga ijambo ry'umunsi

Perezida Paul Kagame n’umufasha we, Jeannette Kagame, bakiriye umuhungu wa Yoweri Museveni akaba n’umujyanama we mu bikorwa byihariye by’igisirikare, General Muhoozi Kainerugaba, mu birori by’isabukuru y’amavuko bamuteguriye. Gen. Kainerugaba yujuje imyaka 49 y’amavuko kuri uyu wa 24 Mata 2023, akaba yarifuje kwizihiriza ibi birori i Kigali, nk’uko yabitangaje kenshi. Mu minsi yashize, Gen. Kainerugaba yatangaje […]

Abapolisi n’abaturage ba Congo barashinjwa kwigarurira imidugudu yo muri Uganda

Amakimbirane ku mupaka hagati ya Uganda na Repubulika ya Demokarasi ya Congo yongeye kugaragara mu mujyi wa Padea, mu karere ka West Nile, nyuma y’uko abaturage ba Congo bashyigikiwe n’abapolisi babo binjiye muri Uganda maze bakemeza ko imidugudu itatu iri imbere muri Uganda ari iyabo . Imidugudu Abanyekongo bemeza ko ari iyabo ni akagari ka […]

Rusizi: Nta mwenda uri mu rwibutso rwa Nkanka, abashyinguyemo bose bishwe bambitswe ubusa

Dusenge avuga ko kuba nta mwenda n'umwe wasanga mu rwibutso rwabo bibatera intimba ikomeye

Abafite ababo bashyinguye mu rwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa Nkanka, mu murenge wa Nkanka, akarere ka Rusizi, bavuga ko bashengurwa bikomeye n’intimba yo kutazigera babona bimwe mu bimenyetso by’amateka ya Jenoside ku babo bahiciwe, cyane cyane imyenda bari bambaye,kuko bose babishe babanje kubambika ubusa buri buri. Uku kwicwa urw’agashinyaguro bigera n’aho babambika ubusa burundu […]

Intambara iri kubera muri Sudani iravugwamo ukuboko kwa General Haftar wo muri Libya

Imirwano yo muri Sudani imaze kwangirikiramo byinshi birimo intwaro nini

Intambara y’ingabo za Leta ya Sudani n’umutwe witwaje intwaro wa RSF (Rapid Support Force) iravugwamo ukuboko gukomeye kwa General Khalifa Haftar wari warajegeje ubutegetsi bwo muri Libya mu myaka yashize, yifashishije abarwanyi be bagize LNA. Iyi mirwano iri kubera mu murwa mukuru, Khartoum, yatangiye tariki ya 15 Mata 2023. Imaze kugwamo abasivili barenga 400, inkomere […]

Perezida wa Kenya yaciriye ‘urwa Pilato’ Pasiteri wabujije abayoboke kurya

Perezida Ruto mu muhango wo gusoza amasomo y'abofisiye bato

Perezida wa Kenya, William Ruto, yaciriye urwa Pilato umuvugabutumwa ukomeye muri iki gihugu, Pasiteri Paul Mackenzie Nthenge, wasabye abayoboke b’itorero rye kutarya kugira ngo bahure na Yesu, bikabaviramo imfu. Polisi ya Kenya ikomeje gukora iperereza ku mfu z’aba bayoboke, aho imaze kubona imirambo 47 yashyinguwe mu ishyamba riri mu gace ka Shakahola, akarere ka Kilifi. […]

Mu bihugu 10 bituwe cyane ku Isi harimo 1 gusa cyo muri AFURIKA-Dore urutonde

image_2023-04-24_050708233.png

Uko imyaka igenda yihirika ni nako isi igenda igira umubare munini w’abaturage bagenda biyongera. Muri ibyo bihugu tugiye kureba uko bikurikirana mu mibare y’abaturage tugiye kurebera hamwe 10 bya mbere ku Isi, muri byo hakaba harimo igihugu kimwe cyo muri Afurika nkuko urubuga rwa worlddata.info rubitangaza . 10.Mexico mexico, ni kimwe mu bihugu bibarizwa mu […]

RDC ikwiye gushora intambara ku Rwanda kuko ari rwo rurimi rwumva – Adolphe Muzito

Mu kiganiro yagiranye na TV5 Monde Afrique, uwahoze ari Minisitiri w’Intebe akaba n’umukandida mu matora ya Perezida muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DRC), Adolphe Muzito, yatangaje ashize amanga ko igihugu cye gikwiye gushoza intambara yeruye ku Rwanda avuga ko ari rwo rurimi rwumva . Muzito akomeza avuga ko iki cyemezo gikaze cyaba ngombwa kugira […]

Amafaranga yashowe mu gisirikare ku Isi yaciye agahigo ko kugera kuri tiliyari 2,24$ mu 2022

Amafaranga yakoreshejwe mu gisirikare ku Isi yageze ku rwego rwo hejuru kurusha bindi bihe byose mu 2022 aho amafaranga yashowemo yageze kuri tiriyari 2.24 z’amadolari, kubera ko igitero cy’u Burusiya muri Ukraine cyongereye ingufu mu gukoresha amafaranga mu gisirikare ugereranyije n’ibindi bihugu mu Burayi . Ikigo cy’ubushakashatsi ku mahoro mpuzamahanga cya Stockholm (SIPRI) cyatangaje ibi […]

RDC: Umwe mu baregwa kwica impuguke za Loni yiyemereye ko yaciye umutwe umwe muri zo

Nyuma y’imyaka 6, impuguke ebyiri z’Umuryango w’Abibumbye, Umunyamerika Michael Sharp n’UmunyaSuwede, Zaida Catalan bishwe, kuri uyu wa Gatanu ushize umwe mu bakekwaho kubica yemeye uruhare rwe mu Bushinjacyaha Bukuru bwa Gisirikare i Kananga, muri Kasai Central muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo . “Mu gihe cy’ibazwa, Bwana Kazumba Luaba, uzwi ku izina rya“ Lance-roquette ”, […]

Wari uziko ibihugu bikize byibasirwa n’ubugumba kuruta ibikennye?

origin-2.jpg

Ikibazo cyo kubura urubyaro ku bagabo n’abagore cyimaze kuba icyitarusange, kuko usanga ibigonderabuzima n’ibitaro biganwa n’abafite icyo kibazo ari benshi. Ku Isi ikigereranyo cy’abafite ikibazo cy’ubugumba bujuje imyaka y’ubukure, usanga ijanisha ryerekana ko ari 17.5% ariko nanone bikagendera ku bice bitandukanye by’isi aho usanga ibihugu bimwe na bimwe biba bifite imibare yo hejuru abandi iri […]

Nyanza, Gisagara: Abayobozi 5 bari baherutse kurekurwa bongeye gutabwa muri yombi

Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha, RIB, rwongeye guta muri yombi abayobozi batanu bo mu turere twa Gisagara na Nyanza baherukaga kurekurwa hashingiwe ku cyemezo cy’urukiko. Aba ni: Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’akarere ka Nyanza, mugenzi we wa Gisagara, ushinzwe amasoko muri Nyanza, ushinzwe imyubakire muri One Stop Center muri Nyanza n’ushinzwe imirimo rusange muri Nyanza. Aba bari baratawe muri […]

Perezida Ndayishimiye yaganiriye na babiri bayoboye u Burundi

Ndayizeye, Ndayishimiye na Ntibantunganya (uva ibumoso, ujya iburyo)

Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yagiranye ikiganiro na babiri bamubanjirije ku butegetsi, Sylvestre Ntibantunganya wayoboye iki gihugu kuva mu mwaka w’1994 kugeza mu 1996 na Domitien Ndayizeye wakiyoboye kuva mu 2003 kugeza mu 2005. Nk’uko ibiro by’Umukuru w’Igihugu bibisobanura, iki kiganiro cyabaye kuri uyu wa 23 Mata 2023 cyibanze ku ngingo zitandukanye zirimo imiyoborere myiza […]

Sudani: Abarwanyi bahanganye na Leta bari gufasha Abanyamerika n’Abafaransa gutaha

Umutwe w’abarwanyi ba RSF (Rapid Support Forces) uhanganye n’ingabo zegamiye ku butegetsi bwa General Abdel Fattah al-Burhan urigamba gutanga ubufasha mu gucyura Abanyamerika n’Abafaransa. RSF iravuga ko mu gitondo cy’uyu wa 23 Mata 2023, yifatanyije na misiyo ya Leta zunze ubumwe za Amerika igizwe n’indege 6 mu gucyura abadipolomate n’imiryango yabo. Iti: “Ubuyobozi bwa RDC […]

Gen. Kainerugaba na ba Minisitiri bageze i Kigali

Gen. Kainerugaba yakiriwe na Maj. Gen. Willy Rwagasana uyobora umutwe w'ingabo zirinda abayobozi bakuru

Umujyanama wa Perezida Yoweri Museveni mu bikorwa byihariye by’igisirikare akaba n’umuhungu we, General Muhoozi Kainerugaba, hamwe n’abaminisitiri babiri, bageze i Kigali mu mwanya muto ushize. Abaminisitiri bazanye na Gen. Kainerugaba ni: Norbert Mao w’ubutabera na Jim Muhwezi ushinzwe umutekano w’imbere mu gihugu. Itsinda ry’abazanye n’uyu musirikare washinze ihuriro ‘MK Movement’ ririmo kandi bamwe mu bagize […]

Imibereho ya Etincelles igeze ku rwego rwo kuba yasiba imikino ya shampiyona

Umutoza w’ikipe ya Etincelles, Bizumuremyi Rajab, yatangaje ko abakinnyi be babayeho nabi ku buryo bageze ku rwego rwo gusiba imikino ya shampiyona y’icyiciro cya mbere mu gihe nta nkurikizi mbi byabagiraho. Ni amakuru agiye hanze nyuma y’aho iyi kipe itsinzwe na Sunrise FC yo mu ntara y’iburasirazuba ibitego 2 ku busa kuri uyu wa 22 […]

Ba ‘Colonels’ batanu na ba ‘Majors’ bane ba FARDC batorokeye muri M23

Abofisiye icyenda b’igisirikare cya Repubulika ya demukarasi ya Congo (FARDC) batorokeye mu mutwe witwaje intwaro wa M23 ukorera mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Aba basirikare bafite amapeti kuva ku rya Major kugeza ku rya Colonel bakoreraga ahantu hatandukanye mu gihugu harimo mu biro bikuru by’igisirikare i Kinshasa, mu kigo cya Kitona, muri Rejiyo ya 33 […]

Umushinjacyaha Mukuru w’u Burundi yatanze amakuru yari ategerejwe kuri Bunyoni

Umushinjacyaha Mukuru w’u Burundi, Sylvestre Nyandwi, amaze gutangaza amakuru yari amaze hafi icyumweru ategerejwe kuri Gen. de Pol. Alain Guillaume Bunyoni wabaye Minisitiri w’Intebe w’iki gihugu. Tariki ya 17 Mata 2023, ku mbuga nkoranyambaga hakwirakwiye amakuru y’uko ingo za Gen. Bunyoni ziri gusakwa n’abo mu nzego zishinzwe umutekano, bashakishaga amafaranga yaba ahahishe. Ntacyo Leta yigeze […]

Burundi: Leta yatangaje ko hari abanyamakuru ishobora gufatira ibihano

Minisiteri ishinzwe itumanaho, ikoranabuhanga n’itangazamakuru mu Burundi yatangaje ko nihatabaho kwitwararika, bamwe mu banyamakuru bakorera muri iki gihugu bashobora gufatirwa ibihano. Iyi Minisiteri yasobanuye ko hari ibinyamakuru biri gukwirakwiza ibinyoma ku mbuga zitandukanye, bitabanje gushishoza. Iti: “Dushingiye ku binyoma birimo gukwirakwizwa ku mbuga zitandukanye, turashaka gusaba ibinyamakuru bikorera mu Burundi gushishoza no gucukumbura mbere yo […]

Kivu y’Amajyaruguru: Gen. Ndima arashinja ingabo za EAC kutagenzura neza ibice zahawe

Guverineri w’intara ya Kivu y’Amajyaruguru mu rwego rw’igisirikare, Lt Gen. Constant Ndima, arashinja ingabo ziri mu mutwe w’umuryango wa Afurika y’iburasirazuba (EAC) kutagenzura neza ibice zahawe. Kuva tariki ya 17 Mata 2023, ubuyobozi bw’iyi ntara bwatembereje abanyamakuru mu bice umutwe witwaje intwaro wa M23 washyikirije ingabo za EAC ngo zibigenzure. Aba banyamakuru basoje urugendo rwabo […]

Mvukiyehe aremeza ko ‘football’ y’u Rwanda yapfuye kubera abantu batinya kwiteranya

Perezida wa Kiyovu Sports Company, Mvukiyehe JuvĂ©nal, aremeza ko umupira w’amaguru wo mu Rwanda wapfuye kubera abanyamuryango b’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru, FERWAFA, batinya kwiteranya. Mvukiyehe yatangarije aya magambo mu kiganiro yagiriye kuri ‘space’ ya Twitter yateguwe na Visi Perezida wa kabiri wa Etincelles FC, Me Safari Kizito, ku mugoroba w’uyu wa 22 Mata 2023. Uyu muyobozi […]

Huye: Umunsi wa 3 wije nta n’umwe uraboneka muri 6 bagwiriwe n’ikirombe

Umunsi wa gatatu wije n’umwe uraboneka mu bantu batandatu bagwiriwe n’ikirombe cy’amabuye y’agaciro cyacukurwaga mu buryo butemewe n’amategeko mu murenge wa Kinazi mu karere ka Huye. Iyi mpanuka yabaye ku mugoroba wa tariki ya 19 Mata 2023, habura uburyo bwo gutabara aba bantu barimo abanyeshuri batatu bigaga mu mwaka wa gatandatu w’amashuri yisumbuye, cyane ko […]

Burundi: Uko byagenze mbere y’itabwa muri yombi rya Gen. Bunyoni n’aho yari yihishe

Nyuma y’amakuru aturuka mu gihugu cy’u Burundi guhera kuri uyu wa Gatanu nyuma ya saa sita avuga ko Alain Guillaume Bunyoni wahoze ari minisitiri w’Intebe, yamaze gutabwa muri yombi afatiwe muri Bujumbura y’Icyaro nyuma y’aho byahwihwiswaga ko yahungiye muri Tanzania, amakuru agera kuri Bwiza dukesha urubuga Le Mandat aratubwira uko byagenze mbere y’ifatwa rye n’aho […]

Nyamasheke: Abarokokeye muri Karengera bababazwa n’ababiciye ababo batagaragaza ukuri kw’ibyo bakoze

Abarokokeye Jenoside yakorewe Abatutsi mu cyahoze ari komini karengera, bo mu mirenge ya Karengera na Ruharambuga mu karere ka Nyamasheke baravuga ko bashengurwa n’agahinda gakomeye baterwa n’ababiciye ababo, barimo uwari Burugumesitiri Sinzabakwira Straton wahagarikiye ubwicanyi, batagaragaza ukuri kw’ibyo babakoreye, ntibabe banahinguka mu gikorwa cyo kwibuka, ngo bifataye n’abandi. Babigaragaje mu gikorwa cyo kwibuka ku nshuro […]

The hygiene culture: A timeless necessity beyond the pandemic

Percentage of the population with handwashing facilities at home with water and soap in Rwanda, by service level and location (2022)(Data providers: OMS, UNICEF)

During the COVID-19 pandemic, hygiene fixtures such as faucets became ubiquitous, establishing a daily ritual for the population to guard against contamination. Whether at train stations, churches, markets, schools, offices, or even at home, handwashing became ingrained in daily life. The omission of this step was strictly enforced by authorities. However, as the pandemic waned, […]

Gen. Kainerugaba arasoreza icyumweru i Kigali

Umuhungu wa Perezida Yoweri Museveni wa Uganda akaba n’umujyanama we mu bikorwa byihariye bya gisirikare, General Muhoozi Kainerugaba, arasoreza iki cyumweru i Kigali. Umunyamakuru Canary Mugume wa NBS TV yatangaje ko Gen. Kainerugaba araza mu Rwanda kuri uyu wa 22 Mata 2023 muri gahunda y’ibirori by’isabukuru ye yateguriwe na Perezida Paul Kagame. Muri uru ruzinduko, […]

Ibiciro bishya by’ibiribwa byakabaye byaratangiye kubahirizwa

Ibiciro bishya by’umuceri, kawunga n’ibirayi byatangajwe na Minisiteri y’ubucuruzi n’inganda (MINICOM) tariki ya 19 Mata 2023 byakabaye byaratangiye kubahirizwa kuva uwo munsi. Ku gicamunsi cy’uwo munsi ni bwo iyi Minisiteri yatangaje ko nyuma y’ubugenzuzi bwakorewe ku masoko atandukanye mu gihugu, bikagaragara ko abacuruzi burije ibiciro mu buryo bukabije, n’inama yagiranye n’abafite aho bahurira n’ibiciro, yafashe […]

Sukhoi y’u Burusiya yarashe igisasu ku mujyi wabo kubw’impanuka

Indege y’intambara y’u Burusiya yo mu bwoko bwa Sukhoi-34 yateye igisasu ku bw’impanuka mu mujyi wa Belgorod wo mu Burusiya, ku birometero 40 uvuye ku mupaka na Ukraine . Igisasu cyasize icyobo cya metero 20 (60ft) gitera iturika rihambaye cyane ryaturikije imodoka ikazamuka ikagwa hejuru y’inyubako y’ubucuruzi. Guverineri w’akarere, Vyacheslav Gladkov, yatangaje ko abayobozi bategetse […]

Leta yagabanyije imisoro, ku bicuruzwa bimwe ivanwaho

Leta y’u Rwanda yatangaje ko yagabanyije imisoro ku bicuruzwa bitandukanye, inakuraho umusoro ku nyungu (TVA) ku bicuruzwa bimwe na bimwe. Icyemezo cyo kugabanya imisoro cyahawe umugisha n’inama y’Abaminisitiri yateranye ku mugoroba wo ku wa Kane tariki ya 20 Werurwe 2023, mu mishinga y’amategeko yerekeye imisoro yemeje. Iyo mishinga irimo uw’Itegeko rihindura itegeko rishyiraho umusoro ku […]

USA yaburiye ingabo za EAC zoherejwe muri RDC yongera gusaba kwitandukanya na FDLR

Guverinoma ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika yihanangirije Uganda n’izindi ngabo zo mu karere zirimo iza Sudani y’Epfo, u Burundi na Angola isaba kwirinda kongera umwuka mubi mu gihe umutekano usanzwe warangiritse mu ntambara ibera muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DRC) . Umuburo uje mu gihe ibintu muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo bikomeje […]

Imbogamizi yatumaga Ukraine itemererwa kwinjira muri NATO yavuyeho

Stoltenberg mu kiganiro n'abanyamakuru muri Ramstein

Umunyamabanga Mukuru w’umuryango mpuzamahanga w’ubwirinzi wa NATO, Jens Stoltenberg, yatangaje ko ibihugu byose biwugize byamaze kwemeranya ko Ukraine igomba kuzabyiyungaho. Mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru ubwo yari ku birindiro by’ingabo za Leta zunze ubumwe za Amerika (USA) mu Budage bya Ramstein, nk’uko Sky News yabitangaje, Stoltenberg yavuze ko mu gihe intambara ibera muri Ukraine yazarangira, Ukraine […]