Belgrade: Umunyeshuri w’imyaka 14 yishe arashe bagenzi be 8 n’umuzamu w’ishuri

Nibura abanyeshuri umunani n’ushinzwe umutekano ku ishuri bapfuye nyuma yo kurasirwa ku ishuri ribanza mu murwa mukuru wa Serbia, Belgrade . Abandi banyeshuri batandatu n’umwarimu bakomerekeye muri icyo gitero bajyanwa mu bitaro, nk’uko byatangajwe na guverinoma. Polisi yataye muri yombi umuhungu w’imyaka 14 ukurikiranyweho igitero cyagabwe ku ishuri rya Vladislav Ribnikar nk’uko iyi nkuru dukesha […]

115 personnes confirmées mortes à  la suite des fortes pluies au Rwanda

115 personnes ont Ă©tĂ© confirmĂ©es mortes dans les provinces de l’Ouest et du Nord à  la suite des fortes pluies et des inondations de la nuit derniĂšre, et le nombre de morts continue d’augmenter . Franà§ois Habitegeko, gouverneur de la province occidentale du Rwanda, a confirmĂ© le bilan des morts. “Il a plu abondamment toute […]

FARDC yerekanye abantu ivuga ko ari inyeshyamba za M23 yafatiye muri Masisi

Abantu basaga 10 bivgwa ko ari inyeshyamba za M23 kuri uyu wa Kabiri, itariki 2 Gicurasi, beretswe itangazamakuru i Goma mu gikorwa kiyobowe n’Umuvugizi wa FARDC muri Kivu y’Amajyaruguru Lt. Col. Guillaume Ndike Kaiko . Aba berekanwe ngo bafatiwe muri Teritwri ya Masisi mu bursirazuba bwa Repubulikka ya Demokarasi ya Congo. Col. Ndjke ati “Aba […]

RDC: HRW yamaganye itegeko ryitiriwe Tshiani ivuga ko rigamije kwegezayo Katumbi

capture-37.jpg

Umuryango utegamiye kuri Leta w’Abanyamerika uharanira uburenganzira bwa muntu (HRW), urahamagarira inteko ishinga amategeko ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo kwanga umushinga w’itegeko ryitiriwe Noà«l Tshiani bikomeje kuvugwa ko rigamije kubuza umunyapolitiki Moise Katumbi kuziyamamariza kuyobora igihugu . HRW ivuga ko abategetsi ba Congo bashobora gukoresha iri tegeko kugira ngo babuze abakandida bamwe kwitabira amatora […]

Urwego rw’ubuvuzi ni rwo rwafatiwemo benshi bakoresha impamyabumenyi mpimbano

Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha (RIB) rugaragaza ko urwego rw’ubuvuzi ari rwo rufite abantu benshi baketsweho gukoresha impamyabumenyi mpimbano kuva muri Nyakanga 2020 kugeza muri Mata 2023. Imibare ya RIB, nk’uko The New Times yabitangaje, igaragaza ko muri ibi bihe hafashwe abantu 75 bakoresha izi mpamyabumenyi, barimo abaforomo n’ababyaza 44, abo mu burezi ni 9, ba enjenyeri […]

Dr Habineza arasaba abahinzi kugabanya ifumbire mvaruganda bakoresha

Umuyobozi Mukuru w’ishyaka DGPR (Green Party) riharanira demukarasi no kurengera ibidukikije, Dr Frank Habineza, arasaba abahinzi kugabanya ifumvire mvaruganda bakoresha, kuko igira ingaruka nyinshi ku buzima. Mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru nyuma yo kuyobora inama y’abanyamuryanyo ba Green Party batuye mu ntara y’Amajyaruguru iherutse kubera mu karere ka Musanze, Dr Habineza, yasobanuye ko ifumbire mvaruganda iteza […]

Rusizi: Ubuyobozi bushya bwa Nkamira SACCO bwiyemeje kwirinda imicungire mibi yeguje ababubanjirije

Niyonzima Donatien avuga ko biteguye gukora impinduka, ibibazo byahahoraga bikaba amateka

Nyuma y’igihe kirekire cya bombori bombori yaterwaga n’imicungire itanoze n’inyereza ry’umutungo w’abatuage ubitse muri Nkamira SACCO ya Kamembe, byatumye abayiyoboraga mbere bavanwaho n’abakozi hafi ya bose bagasezererwa hakazanwa abandi, ubuyobozi bushya bwayo, burizeza ko ibyayivuzwemo icyo gihe cyose bigiye kuba amateka. Bwabitangarije umunyamakuru wa Bwiza.com nyuma y’inama y’inteko rusange yabo iherutse kuba, yasobanuraga uko bihagaze […]

Abahitanwe n’imvura yaraye iguye mu gihugu barenze 100

Abantu 109 ni bo bimaze kumenyekana ko bamaze guhitanwa n’ibiza byatewe n’imvura nyinshi yaraye igwa mu turere dutandukanye tw’intara y’amajyaruguru ndetse n’iy’Uburengerazuba. Ni amakuru yemejwe na Guverineri w’iyi ntara, Habitegeko Franà§ois. Kuva mu ijoro ryakeye imvura idasanzwe yaraye igwa mu bice bigize intara y’Iburengerazuba ndetse n’iy’amajyaruguru. Guverineri Habitegeko yari yavuze ko amakuru y’ibanze afite ari […]

Waziri wa Uganda aliuawa kwa kupigwa risasi na mlinzi

Waziri wa Kazi wa Uganda Charles Okello Engola alipigwa risasi na mlinzi wake, polisi walisema Jumanne. Fred Enanga, msemaji wa polisi, alisema waziri huyo aliuawa kwa kupigwa risasi nyumbani kwake nje kidogo ya mji mkuu Kampala. Thomas Kato, jirani wa waziri huyo, alimweleza Anadolu kuwa walisikia milio ya risasi kutoka katika boma la waziri huyo […]

Igifungo cyakatiwe Irangabiye wafashwe avuye mu Rwanda cyagumyeho

Urukiko rw’ubujurire rwo mu Burundi rwashimangiye igifungo cy’imyaka 10 urukiko rwisumbuye rwakatiye umunyamakuru Floriane Irangabiye. Uyu Murundikazi yafatiwe ku kibuga mpuzamahanga cya Bujumbura mu mpera za Kanama 2022, ubwo yari avuye mu Rwanda, aho yari amaze igihe kinini ahaba nk’impunzi. Icyo gihe yari agiye gusura umuryango we. Urukiko rwisumbuye rwa Mukaza tariki ya 3 Mutarama […]

Kenya: Umupasiteri uregwa uruhare mu rupfu rw’abayoboke yitabye urukiko ashinjwa iterabwoba

Kuri uyu wa Kabiri, ubutabera bwa Kenya bwatangaje ko buzakurikiranaho Pasiteri Paul Nthenge Mackenzie icyaha cy’ “iterabwoba” nyuma y’urupfu rw’abantu 109 basanzwe mu ishyamba ryo mu majyepfo ya Kenya aho abayoboke be bateraniraga . Araregwa kuba yarasunikiye abayoboke be bo mu itorero Good News International Church kwiyicisha inzara kugirango ‘bazahure na Yesu’ ubwo bari mu […]

A Kenyan pastor is prosecuted for “terrorism” after the death of his followers

Kenyan justice announced on Tuesday that it would prosecute Pastor Paul Nthenge Mackenzie for “terrorism” after the death of 109 people in a forest in southeastern Kenya where members of his sect met . He is accused of pushing his followers of his International Church of Good News to starve ‘to meet Jesus’ in Shakahola […]

Huye: Abaguye mu kirombe mu minsi ishize baracyashakishwa

Umusozi wararindimuwe ariko abaguye muri iki kirombe bakomeje kubura/Ifoto: Radio Huye

Abantu batandatu barimo abanyeshuri batatu bigaga mu mwaka wa 6 w’amashuri yisumbuye baguye mu kirombe giherereye mu murenge wa Kinazi mu karere ka Huye baracyashakishwa. Mu masaa saba ya tariki ya 20 Mata 2023, imvura yaraguye, isiba inzira aba bantu bari binjiriyemo bajya muri iki kirombe, bivugwa ko ifite ubujyakuzimu buri hagati ya metero 60 […]

Kigali: Polisi yinjiye mu kibazo cy’umunyamakuru n’abapolisi bamuteye umuti uryana mu maso

Polisi y’u Rwanda yinjiye mu kibazo cy’umunyamakuru wa BTN TV, Ibarushimpuhwe Bihoyiki Kevin Christian, watewe n’abapolisi umuti cyangwa umwuka uryana mu maso, azira gufata amashusho y’inkuru yari abonye. Uyu munyamakuru mu kiganiro yagiranye na Radio 10 cyatambutse mu gitondo cy’uyu wa 2 Gicurasi 2023, yasobanuye ko iri sanganya ryamubayeho kuri uyu wa 1 Gicurasi 2023 […]

Lambert Mende yasabye leta kutazemera ko OIF iyobowe n’Umunyarwandakazi igenzura amafishi y’itora

Depite Lambert Mende Omalanga, mu kiganiro cyatambutse ku Cyumweru, yahamagariye Guverinoma ya Repubulika ya Demokarasi Congo, kutemerera Umuryango Mpuzamahanga wa La Francophonie (OIF) kugenzura amafishi y’itora cyangwa kugera ku malisiti y’abazatora baherutse kwandikwa na Komisiyo Yigenga y’Amatora (CENI) kubera gusa ko OIF iyobowe n’Umunyarwandakazi . Uyu muyobozi w’ishyaka Convention des Congolais Unis (CCU) avuga ko […]

Kigali: Urukiko rwagiye gukora iperereza ku rubanza rumaze imyaka rutarangizwa

Safari Abdou

Nyuma y’uko uwitwa Mukansabimana Emeritha, utuye mu Karere ka Muhanga, mu Murenge wa Kabacuzi, Akagari ka Shori, Umudugudu wa Jandari n’abavandimwe, bavuga ko bamaze imyaka 29 bari mu manza za hato na hato, kubw’imitungo yabo bavuga ko yigaruriwe na Mukarusine Jeanne d’Arc udashaka kuyirekura kuva jenoside yakorewe Abatutsi yarangira, abacamanza bo ku Rukiko Rukuru bivugwa […]

Abahinde baciye agahigo abasaga miliyoni 4 bakoresha indege mu munsi umwe

Ubwikorezi bwo mu kirere mu gihugu cy’u Buhinde bwaciye agahigo ku rwego rwo hejuru, aho abagenzi miliyoni 4.56 buriye indege mu munsi umwe . Iyi ntambwe yagezweho ku ya 30 Mata, yaje igihe indege 2.978 zahagurukaga mu gihugu hose. Minisitiri ushinzwe iby’indege, Jyotiraditya Scindia, yanditse ku rubuga rwa twitter ati: “Izamuka rikabije ry’urujya n’uruza rwingendo […]

Yaba ari amahitamo meza u Rwanda rushakiye urubyiruko imirimo mu mahanga?

Umuryango mpuzamahanga uharanira iterambere ry’umurimo (ILO) ushamikiye ku Muryango w’Abibumbye (UN), muri Mutarama 2023 watangaje ko ku Isi hari abashomeri babarirwa muri miliyoni 208, bakaba bariyongereyeho 5.8% ugereranyije no mu mwaka wabanje, kandi kikaba ari ikibazo cyiganje cyane mu bihugu bikennye n’ibiri mu nzira y’iterambere. Ikigo cy’u Rwanda cy’ibarurishamibare, NISR, na cyo gishingiye ku busesenguzi […]

Umunyapalestina wari umaze igihe yiyicisha inzara yapfiriye muri kasho ya Israel

Kuri uyu wa Kabiri, imfungwa y’Umunyapalestina, Khader Adnan, yapfiriye muri kasho yo muri Israel nyuma yo kumara amezi hafi atatu (iminsi 87) yiyicisha inzara . Uyu mugabo w’imyaka 45 yagiye mu myigaragambyo yo kwiyicisha inzara inshuro nyinshi nyuma y’ifatwa rye rya mbere, harimo aho yamaze iminsi 55 mu 2015 yamagana ifungwa rye nta cyaha aregwa. […]

Green Party irasaba ko abagore bahabwa imyanya y’ubuyobozi 50%

Dr Habineza abona abagore bakwiye guhabwa imyanya y'ubuyobozi 50%

Ishyaka riharanira demokarasi no kurengera ibidukikije (Democratic Green Party of Rwanda-DGPR), risanga urubyiruko rukwiye kugaragara ari rwinshi mu bikorwa bya politiki, himakazwa ihame ry’uburinganire n’ubwuzuzanye mu buyobozi ku kigero cy’imyanya 50% ku bagore na 50% ku bagabo, kurengera ibidukikije, kugira uruhare mu matora no mu iterambere ry’igihugu. Mu gihe u Rwanda rwitegura amatora ya Perezida […]

Perezida Ruto yasezeranyije Abanyakenya kubashakira imirimo myinshi mu mahanga

Perezida wa Kenya, William Ruto, yasezeranyije Abanyakenya kubashakira imirimo myinshi ku mugabane w’u Burayi, Amerika no mu burasirazuba bwo hagati mu rwego rwo gukemura ikibazo cy’ubushomeri. Ni isezerano yatanze kuri uyu wa 1 Gicurasi 2023, ubwo yifatanyaga n’Abanyakenya kwizihiza umunsi mpuzamahanga w’umurimo. Yagize ati: “Hari ibihugu byinshi cyane bidusaba abakozi b’Abanyakenya. Chancelier w’u Budage azaba […]

Le vice-ministre turc des Affaires étrangÚres se rendra en Ethiopie pour des entretiens

Le vice-ministre turc des Affaires Ă©trangĂšres, Burak Akcapar, effectuera une visite de travail en à‰thiopie du 1er au 4 mai, a annoncĂ© lundi le ministĂšre turc des Affaires Ă©trangĂšres . Dans la capitale Addis-Abeba, Akcapar s’entretiendra avec des responsables Ă©thiopiens et de l’Union africaine. Lors des rĂ©unions entre Akcapar et les autoritĂ©s Ă©thiopiennes, le rapatriement […]

Tanzania kujenga daraja kati ya Dar es Salaam na Zanzibar

Tanzania imedhamiria kujenga daraja litakalounganisha bara na Visiwa vya Zanzibar ili kurahisisha usafirishaji wa mizigo na watu, ambalo endapo litafanyika daraja hilo la kilomita 50 litakuwa la kwanza barani Afrika . Hayo yamesemwa na Naibu Waziri wa Ujenzi na Uchukuzi Godfrey Kasekenya Bungeni leo Aprili 28, na kuongeza kuwa mazungumzo yaliyoanza Machi 11, 2023 yako […]

Tanzania igiye kubaka ikiraro cya mbere kirekire muri Afurika hejuru y’inyanja

Tanzaniya igiye kubaka ikiraro kizahuza Tanzania w’Ibirwa bya Zanzibar kugira ngo byorohereze urujya n’uruza rw’abantu n’ibicuruzwa hagati y’abaturage bayo, aho nibiramuka bikozwe, iki kiraro cya kilometero 50 kizaba ari icya mbere muri Afurika . Ibi byavuzwe na minisitiri wungirije ushinzwe imirimo n’ubwikorezi, Godfrey Kasekenya mu Nteko Ishinga Amategeko ku itariki ya 28 Mata, aho yashimangiye […]

Kenya: Umunyeshuri wa kaminuza yishe umukunzi we bapfa inyabutatu y’urukundo

Umunyeshuri wo mu mwaka wa gatatu muri Kaminuza ya Eldoret mu gihugu cya Kenya yateye icyuma umukunzi we ubwo bari mu icumbi riri hafi y’ikigo nyuma y’amakimbirane ashingiye ku rukundo . Abapolisi bashinzwe ubugenzacyaha ( DCI ) barimo gukora iperereza ku byabereye muri iri icumbi risanzwe ari iry’abanyeshuri b’abakobwa. Uyu ukekwaho icyaha witwa Elikana Kiplagat […]

RDC yongeye kwikanga ingabo z’u Rwanda zinjira ku butaka bwayo

Inama y'abaminisitiri yo ku wa 28 ni iya 96 Tshisekedi yari ayoboye

Ubutegetsi bwa Repubulika ya demukarasi ya Congo (RDC) bwongeye kwikanga ingabo z’u Rwanda zinjira ku butaka bw’iki gihugu, muri teritwari ya Rutshuru. Minisitiri w’ingabo wa RDC, Jean Pierre Bemba, tariki ya 28 Mata ubwo yari yitabiriye inama y’abaminisitiri ya 96, yabagejejeho amakuru yahawe n’urwego rw’ubutasi rw’igisirikare. Yababwiye ko umutekano wo muri teritwari ya Rutshuru, Masisi […]

Perezida Zelenskyy yabwiye ingabo ze ko intambara za nyazo ari bwo zigiye kuba

Kuri iki Cyumweru, itariki 30 Mata, Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelenskyy, yahaye icyubahiro ingabo zirinda imipaka mu gihugu atanga imidari kandi azifuriza gutsinda . “Bakundwa ndwanyi, intambara nyamukuru ziraza vuba. Tugomba kuvana igihugu cyacu n’abaturage bacu mu bucakara bw’u Burusiya, ” uyu ni Perezida Zelenskyy abwira abasirikare. Ibi yabivugiye mu birindiro bya gisirikare hatauzwe aho […]

FARDC iravuga ko yafashe abarwanyi 2 ba ADF barimo Umunyarwanda

Igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) kiratangaza ko cyafashe, ku wa Gatandatu ushize, abarwanyi babiri ba ADF, barimo Umunyarwanda n’umugore w’umunyekongo, ubwo bashakaga kwinjira mu musigiti wo muri komini ya Mangina, uherereye ku birometero 30 ugana mu burengerazuba bw’Umujyi wa Beni, muri Kivu y’Amajyaruguru . Ifatwa ryabo ryabaye ninjoro, nk’uko byatangajwe n’umuvugizi w’ingabo […]

Colonel Doumbouya orders the opening of an air line between Conakry and Kigali

President Paul Kagame stayed in the Guinean capital as part of a work and friendship visit. Colonel Mamadi Doumbouya told his ministers on Thursday that the Rwandan leader’s stay focused on discussions on several topics of national interest for the benefit of our two countries . After the establishment of a joint Guinea-Rwanda cooperation commission, […]

Maj. Ngoma yatangaje ko nta ruswa M23 yahaye ingabo za EAC ngo ntiziyirwanye

Umuvugizi w’umutwe witwaje intwaro wa M23 ku rwego rw’igisirikare, Major Willy Ngoma, yatangaje ko nta ruswa bahaye ingabo ziri mu mutwe wa Afurika y’iburasirazuba (EACRF) ukorera mu burasirazuba bwa Repubulika ya demukarasi ya Congo. Uwari Komanda wa EACRF, Maj. Gen. Jeff Nyagah aherutse kwegura kuri iyi nshingano, asobanura ko umutekano we aho yari atuye i […]

Colonel Doumbouya yategetse ba Minisitiri kwihutisha ishyirwa mu bikorwa ry’amasezerano ya Conakry-Kigali

Perezida w’agateganyo wa GuinĂ©e-Conakry, Colonel Mamady Doumbouya yategetse ba Minisitiri kwihutisha ishyira mu bikorwa ry’amasezerano igihugu cye giherutse kugirana n’u Rwanda ubwo Perezida Paul Kagame yagiriraga uruziko iwabo. Nk’uko ikinyamakuru Vision GuinĂ©e kibivuga, Col. Doumbouya yasabye Minisitiri w’Intebe gukora ibyo asabwa byose kugira ngo komisiyo y’ubufatanye ihuriweho y’igihugu cye n’u Rwanda ijyeho, itangire gushyira mu […]

Mu myaka ya 1800, u Rwanda ntirwabagaho, i Gisenyi ni muri Congo — Christophe Mboso

mboso_christophe_stade_des_martyrs_23_jpeg_711_473_1.jpg

Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Christophe Mboso, yavugiye imbere y’imbaga y’abantu bari bateraniye kuri Stade de Martyrs i Kinshasa mu muri Mitingi y’ihuriro Union SacrĂ©e kuri uyu wa Gatandatu, itariki ya 30 Mata 2023, ko u Rwanda rutabagaho mu myaka y’1800 . Mu ijambo rye, Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko yatunze […]

Mibilizi: Abarokotse jenoside baramagana abashidikanya ku mibiri iri kuhaboneka

Itangazo ry'ihuriro ry'abacitse ku icumu rya jenoside yakorewe Abatutsi muri Mibilizi

Abarokokeye jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 muri Mibilizi mu karere ka Rusizi baramagana abantu bari kugaragaza ugushidikanya ku buryo batemeza ko imibiri iri kuhaboneka ari iy’abayizize. Kuva mu mpera za Werurwe 2023, muri Mibilizi, by’umwihariko mu isambu iri mu nkengero za Kiliziya Gatolika ya Mibilizi kugeza kuri uyu wa 29 Mata 2023 hari hamaze kuboneka […]

OIF irahamagarira amahanga kohereza byihuse ingabo zo gufasha Igipolisi cya Haiti

Umuryango Mpuzamahanga wa La Francophonie (OIF) urahamagarira abafatanyabikorwa mu gihugu no ku rwego mpuzamahanga “gukangurira abantu ku bwinshi, koroshya kohereza mu buryo bwihuse ingabo mpuzamahanga zunganira abapolisi b’igihugu cya Haiti”, nk’uk inynddiko yabonwe n’urubuga AlterPresse ivuga . Izi ngabo mpuzamahanga zigomba kugira uruhare mu guhagarika ihohoterwa byihuse, aho usanga abagore benshi bo muri Haiti ndetse […]

Kuvuga ko u Rwanda ari igihugu kitubaha uburenganzira ni uburyo bw’ivangura bwo gusobanura ibintu – Giorgia Meloni

Minisitiri w’Intebe w’u Butaliyani, Giorgia Meloni, kuri uyu wa Gatanu ushize yatangaje ko gahunda y’u Bwongereza yo kohereza mu Rwanda abimukira bahinjiye mu buryo bunyuranyije n’amategeko ari amasezerano hagati y’ibihugu bibiri byigenga kandi agamije kurinda umutekano w’abantu, yongeraho ko ari amakosa kubyita kwirukana abantu (deportation) . Meloni, yavuganaga n’itangazamakuru kuri Ambasade y’u Butaliyani i Londre […]

Umuyobozi wa Wagner arakangisha kuvana abarwanyi be muri Bakhmut avuga ko bakomeje gushirira

Umuyobozi w’ingabo z’abacanshuro bo mu Burusiya b’ikigo cya Wagner Group arakangisha gukura ingabo ze mu ntambara ikomeye yo muri Bakhmut mu burasirazuba bwa Ukraine kubera umubare w’abayigwamo wiyongera mu gihe abayobozi b’ingabo za Ukraine bavuga ko ingabo z’u Burusiya zananiwe kubafungira inzira zibagemurira ibikoresho zigana muri uwo mujyi . Umuyobozi wa Wagner, Yevgeny Prigozhin, mu […]

Putin naramuka akandagiye muri Cape y’Iburengerazuba azatabwa muri yombi – Guverineri

Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, azafatwa naramuka akandagiye mu Ntara ya Cape y’Iburengerazuba muri Afurika y’Epfo mu ruzinduko ruteganijwe muri Kanama nk’uko byatangajwe n’umuyobozi w’iyo ntara . “Putin yagiye ahungabanya umudendezo w’abaturage ba Ukraine ndetse n’abari mu gihugu cye batinyuka gufata icyemezo cyo kurwanya ibikorwa bye by’ubugome,” ibi byatangajwe ku wa Kane na Alan Winde, […]

RDC yeruye, ivuga ko mu byatumye ishyira igitutu kuri Gen Jeff Nyagah harimo u Rwanda

Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), kirarega Maj Gen Jeff Nyagah kugirana umubano n’abarimo abasirikare b’u Rwanda; ikaba imwe mu mpamvu urugendo rwe nk’Umugaba w’Ingabo za EAC zoherejwe muri Congo rwarangiye. Ku wa Kane tariki ya 27 Mata ni bwo Maj Gen Nyagah yandikiye Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba amumenyesha ko yeguye […]

DGIE yaciye amarenga ko ishobora kwambura Turahirwa pasiporo nyuma y’aho ‘abeshye’

Ibiro by’u Rwanda bishinzwe abinjira n’abasohoka (DGIE) byaciye amarenga ko bishobora kwambura umunyamideli Turahirwa MoĂ ÂŻse pasiporo byari byaramuhaye nyuma y’aho abibeshyeye ko byamuhaye iyemeza ko ari Umunyarwakazi. Ni mu gihe Turahirwa ari gukurikiranwa n’urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha (RIB), nyuma y’aho tariki ya 26 Mata 2023 atangarije kuri Instagram ko yahawe pasiporo yanditseho ‘F’ ku mwanya w’igitsina, […]

Kamanda wa vikosi vya EAC nchini DRC ajiuzulu kutokana na usalama wake binafsi

Meja Jenerali Jeff Nyagah, kamanda wa kikosi cha kanda ya Jumuiya ya Afrika Mashariki (EACRF) kilichotumwa mashariki mwa Jamhuri ya Kidemokrasia ya Kongo, amejiuzulu, akitaja “tishio kubwa” kwa usalama wake binafsi . Katika barua ya Aprili 27 kwa Katibu Mkuu wa EAC, Peter Mathuki, afisa wa jeshi la Kenya alibainisha kuwa kulikuwa na “mpango madhubuti […]

Komanda mushya w’ingabo za EAC muri RDC yamenyekanye

Maj. Gen. Nyagah yagizwe umuyobozi w'ingabo za Kenya zikorera mu burengerazuba bw'igihugu cyabo

Komanda mushya w’ingabo zigize umutwe wa EACRF w’umuryango wa Afurika y’iburasirazuba ukorera muri Repubulika ya demukarasi ya Congo, yamenyekanye, akaba asimbura Maj. Gen. Jeff Nyagah weguye kuri uyu wa 27 Mata 2023. Ubwegure bwa Nyagah bufite impamvu zitandukanye zirimo kuba abacancuro bakorana n’ingabo za RDC muri Mutarama 2023 baragenzuraga urugo yari atuyemo i Goma, bifashishije […]

Kenya: Banki ifite aho ihuriye na Kenyatta irishyuzwa miliyari y’amashilingi

Uwahoze ari Perezida Uhuru Kenyatta ari mu bibazo by’imisoro nyuma y’uko guverinoma ya Kenya itegetse banki ye kwishyura miliyari y’amashilingi ya Kenya (miliyari zisaga 8 z’Amanyarwanda ). Iyi ntambwe ya Guverinoma ya Perezida William Ruto isize Uhuru Kenyatta mu gihirahiro mu gihe intambara ya politiki hagati y’ihuriro riri ku butegetsi rya Kenya Kwanza n’ihuriro Azimio […]

General Kibochi ntakiri Umugaba Mukuru w’ingabo za Kenya

Perezida Ruto yashimiye Gen (Rtd) Kibochi akazi yakoze mu myaka 44 amaze mu gisirikare

Perezida wa Kenya akaba n’Umugaba w’Ikirenga, Dr William Samoei Ruto, yakoze impinduka zikomeye mu gisirikare cy’igihugu, zahereye ku mwanya w’Umugaba w’Umukuru wazo. Muri izi mpinduka, General Francis Omondi Ogolla wari usanzwe afite ipeti rya Lieutenant General yagizwe Umugaba Mukuru, asimbura Gen. Robert Kibochi wagiye mu kiruhuko cy’izabukuru, nyuma y’imyaka 44 yari amaze mu gisirikare. Lt […]

Ingabo z’akarere zoherejwe mu butumwa bwa ATMIS zigiye kugabanywamo 2000

Abayobozi bo mu karere bahaye umugisha imigambi yo kugabanya ingabo zoherejwe muri Somalia no guha iki gihugu amahirwe yo kwifatira mu biganza byacyo mu buryo bwuzuye ibijyanye no kugarura amahoro. Ibi byemejwe mu nama idasanzwe y’abakuru b’ibihugu byohereje ingabo muri Somalia yateraniye i Kampala kuri uyu wa Kane ushize . Nk’uko itangazo ryashyizwe ahagaragara Chimpreporrts […]

Gen Jeff Nyagah wari ukuriye Ingabo za EAC ziri muri RDC yeguye

whatsapp_image_2023-04-28_at_13.00_35.jpg

Umunya-Kenya Maj. Gen Jeff Nyagah wari ukuriye Ingabo z’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba zoherejwe kugarura amahoro muri Congo (EACRF) yamaze kwegura ku nshingano yari afite. Ku wa Kane tariki ya 27 Mata ni bwo uyu musirikare yashyikirije ibaruwa y’ubwegure bwe Umunyamabanga Mukuru bwa EAC, Amb. Peter Mathuki. Muri iyi baruwa, Maj Gen Nyagah yavuze ko yahisemo […]

The Rwandan economic and military model fascinates African states

maxresdefault-31.jpg

The major changes made in Rwanda for nearly thirty years, particularly on the economic, social, cultural and military levels, seem to captivate a certain number of African leaders. The feeling is openly expressed by some governments, and very recently by those of Benin, Guinea Conakry and Guinea-Bissau, three countries visited this month by the Rwandan […]

10 personnes arrĂ ÂȘtĂ©es aprĂšs l’accident dans une mine du district de Huye

Le Bureau d’enquĂ ÂȘte rwandais (RIB) a arrĂ ÂȘtĂ© jeudi 10 personnes accusĂ©es d’Ă ÂȘtre derriĂšre la mine illĂ©gale qui s’est effondrĂ©e dans le district de Huye, faisant six victimes, dont trois Ă©tudiants piĂ©gĂ©s dans les tunnels . Les efforts pour secourir les victimes ont Ă©tĂ© interrompus par des glissements de terrain causĂ©s par de fortes pluies. Le […]

FARDC ikomeje kujya mu bice M23 yavuyemo yubahiriza amabwiriza y’Inama ya Luanda

Igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo guhera kuwa Gatatu itariki 26 Mata cyongeye gusubira mu midugudu myinshi yo muri Teritwari ya Rutshuru, Sheferi ya Bwito, nk’uko amakuru aturuka mu nzego z’ibanze n’iz’umutekano avuga . Umwe muri yo midugudu ni Kishishe, aho M23 yari yarafashe mbere yo kuhava isubira inyuma nk’uko yabisabwe mu Nama ya […]

Twibonye muri Congo turi amoko atatu, Abahutu n’Abatwa bo bamerewe neza: Impunzi

Abadipolomate n'abandi bo mu nzego zitandukanye bumvaga ibibazo by'impunzi

Impunzi ziba mu nkambi ya Mahama mu karere ka Kirehe kuri uyu wa 24 Mata 2023 zagiranye ikiganiro n’abadipolomate batandukanye bakorera mu Rwanda, zibagezaho ibibazo bizibangamiye. Iz’Abanyekongo zo mu bwoko z’Abatutsi zaganirije aba badipolomate ku bibazo byatumye zisanga mu buhungiro mu Rwanda, bikomoka ku mateka y’ubukoloni, by’umwihariko ikatwa ry’imipaka ryakozwe n’Ababiligi. Umunyekongo yavuze ko ubwo […]

Dore impamvu ukwiye kurya Cucumber

image_2023-04-27_081730071.png

Abantu benshi bakunda kurya amafunguro asanzwe amenyerewe nk’atera imbaraga gusa ntibite ku yandi arimo izindi ntungamubiri zitandukanye. Kuri iyi nshuro tugiye kurebera hamwe akamaro k’urubugo cyangwa urubuto rwa Cucumber. Abantu benshi ntibazi akamaro k’uru ruboga ariko abahanga mu by’imirire batanga inama zo kururya byaba mbere y’amafunguro cg na nyuma yaryo. Reka turebere hamwe imimaro 5 […]

Uganda: Igipolisi cyataye muri yombi abadepite 11 b’abagore

hq5lgw4p4bpo7njbmbbugxtsxq.jpg

Igipolisi cya Uganda kuri uyu wa Kane ushize cyataye muri yombi abadepite 11 b’abagore bashinjwa gukora imyigaragambyo itemewe, aho bivugwa ko bamwe mu badepite bakomeretse mu gihe batabwaga muri yombi . Abadepite bafungiwe hanze y’inyubako z’inteko ishinga amategeko mu murwa mukuru Kampala mu gihe biteguraga kujya kuri minisiteri y’umutekano w’imbere mu gihugu aho bashakaga guha […]

Burkina Faso: Igitero ku ngabo z’igihugu cyahitanye byibuze 33

Kuri uyu wa Kane, igitero cyagabwe ku mutwe wa gisirikare mu burasirazuba bwa Burkina Faso cyahitanye abasirikare 33 abandi 12 barakomereka, nk’uko guverinoma iyobowe n’ingabo ibivuga, mu gihe hakomeje urugomo muri iki gihugu cyibasiwe n’imitwe y’abajihadiste . Igitero cyo mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane ushize cyibasiye itsinda rya gisirikare rikrera Ougarou, mu karere […]

Gen. Bunyoni yaraye abazwa nyuma yo kutagaragara ku manywa

Gen. de Pol. Alain-Guillaume Bunyoni yaraye abazwa n’Umushinjacyaha Mukuru w’u Burundi, Nyandwi Sylvestre, nyuma yo kutagaragara ku biro by’uyu mushinjacyaha ku manywa, aho yari ategerejwe. Byari biteganyijwe ko Bunyoni agera kuri ibi biro hakiri kare, avuye muri kasho y’urwego rushinzwe iperereza (SNR), ariko amakuru agera kuri BWIZA avuga ko bwarinze bwira abarimo abanyamakuru benshi na […]

Turahirwa uvuga ko yemerewe kunywera urumogi mu ruhame akurikiranweho ikindi cyaha

Urwego rw’ubugenzacyaha (RIB) rwaraye rutaye muri yombi umunyamideli Moses Turahirwa rwari rwahamagaje ngo yisobanure ku cyaha cyo gukora no gukoresha inyandiko mpimbano. Ni nyuma y’aho uyu musore yatangaje ko Leta y’u Rwanda yamuhaye agatabo k’inzira (pasiporo) kagaragagaza ko ari umugore/umukobwa (Feminin), ndetse agatangaza ko byamushimishije. Umuvugizi wa RIB, Dr Murangira Thierry, yatangaje ko urwego rushinzwe […]

Sudan: resumption of fighting in Khartoum and Darfur despite the truce

Military planes fly over Khartoum and the troops of the two generals in the war for power exchange machine gun and heavy weapon fire . The deadly fighting between paramilitaries and the army entered its thirteenth day on Thursday in Sudan, where the capital Khartoum and the Darfur region are now in the grip of […]

Turahirwa watangaje ko yahawe icyangombwa cyemeza ko ari Umunyarwandakazi ashobora gufungwa

Ubutumwa bwa Turahirwa bwemeza ko yahawe pasiporo yanditseho 'F'

Umunyamideli Moses Turahirwa utavugwaho rumwe kubera imyitwarire imuranga, ashobora gufungwa nyuma y’aho atangaje ko yahawe agatabo k’inzira (pasiporo) kemeza ko ari Umunyarwandakazi. Turahirwa bigaragara ko ari umusore, kuri uyu wa 26 Mata 2023 yashyize kopi ya pasiporo yo mu Kwakira 2021 iriho amazina ye yombi, ku mwanya w’igitsinda handitseho F (Female), agerekaho interuro ishimira Perezida, […]

Perezida Erdogan wa Turkiya yafashwe n’uburwayi ari kuri televiziyo imbonankubone

Perezida wa Turkiya, Recep Tayyip Erdogan, yahagaritse kwiyamamariza amatora nyuma yo gufatwa n’uburwayi ari kuri televiziyo imbonankubone aho ikiganiro cyahagaritswe mu buryo butunguranye . Nyuma yo kuruhuka iminota 20, yagarutse avuga ko afite “ikibazo mu gifu” nyuma y’iminsi ibiri yiyamamaza. Perezida Erdogan, ufite imyaka 69, azaba ahanganye mu matora n’umugabo ushobora kutazamworohera. Umuyobozi mukuru w’abatavuga […]

Isambu ya Kiliziya Gatolika ya Mibilizi imaze kubonekamo imibiri 588 y’Abatutsi bazize jenoside

Byabaye ngombwa ko amaterasi yari amaze gukora asenywa kugira ngo hakomeze hashakishwe iyi mibiri

Isambu ya Kiliziya Gatolika ya Mibilizi mu karere ka Rusizi imaze kubonekamo imibiri 588 y’abazize jenoside yakorewe Abatutsi kuva mu mpera z’ukwezi gushize. Umuyobozi w’akarere ka Rusizi, Dr Kibiriga Anicet, yatangarije The New Times ko igikorwa cyo gushakisha iyi mibiri cyatangiye nyuma y’aho mu kwezi gushize abakoraga amaterasi bavumbuye mike muri yo. Meya Kibiriga yagize […]

Perezida Paul Kagame yagendereye Tanzania (Amafoto)

20230427_133453.jpg

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yamaze kugera i Dar es Salaam muri Tanzania; mu ruzinduko rw’akazi ari kugirira muri iki gihugu. Ni uruzinduko rw’iminsi ibiri Umukuru w’Igihugu yatumiwemo na mugenzi we Samia Suluhu Hassan wa Tanzania. Perezida Paul Kagame akigera ku kibuga cy’indege cyitiriwe Mwalimu Julius Nyerere yakiriwe n’itsinda ry’abayobozi bo muri Guverinoma ya Tanzania […]