Belgrade: Umunyeshuri wâimyaka 14 yishe arashe bagenzi be 8 nâumuzamu wâishuri
Nibura abanyeshuri umunani nâushinzwe umutekano ku ishuri bapfuye nyuma yo kurasirwa ku ishuri ribanza mu murwa mukuru wa Serbia, Belgrade . Abandi banyeshuri batandatu n’umwarimu bakomerekeye muri icyo gitero bajyanwa mu bitaro, nk’uko byatangajwe na guverinoma. Polisi yataye muri yombi umuhungu w’imyaka 14 ukurikiranyweho igitero cyagabwe ku ishuri rya Vladislav Ribnikar nk’uko iyi nkuru dukesha […]
115 personnes confirmées mortes à  la suite des fortes pluies au Rwanda
115 personnes ont Ă©tĂ© confirmĂ©es mortes dans les provinces de l’Ouest et du Nord Ă Â la suite des fortes pluies et des inondations de la nuit derniĂšre, et le nombre de morts continue d’augmenter . Franà §ois Habitegeko, gouverneur de la province occidentale du Rwanda, a confirmĂ© le bilan des morts. “Il a plu abondamment toute […]
FARDC yerekanye abantu ivuga ko ari inyeshyamba za M23 yafatiye muri Masisi
Abantu basaga 10 bivgwa ko ari inyeshyamba za M23 kuri uyu wa Kabiri, itariki 2 Gicurasi, beretswe itangazamakuru i Goma mu gikorwa kiyobowe nâUmuvugizi wa FARDC muri Kivu yâAmajyaruguru Lt. Col. Guillaume Ndike Kaiko . Aba berekanwe ngo bafatiwe muri Teritwri ya Masisi mu bursirazuba bwa Repubulikka ya Demokarasi ya Congo. Col. Ndjke ati âAba […]
RDC: HRW yamaganye itegeko ryitiriwe Tshiani ivuga ko rigamije kwegezayo Katumbi

Umuryango utegamiye kuri Leta wâAbanyamerika uharanira uburenganzira bwa muntu (HRW), urahamagarira inteko ishinga amategeko ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo kwanga umushinga w’itegeko ryitiriwe Noà «l Tshiani bikomeje kuvugwa ko rigamije kubuza umunyapolitiki Moise Katumbi kuziyamamariza kuyobora igihugu . HRW ivuga ko abategetsi ba Congo bashobora gukoresha iri tegeko kugira ngo babuze abakandida bamwe kwitabira amatora […]
Urwego rwâubuvuzi ni rwo rwafatiwemo benshi bakoresha impamyabumenyi mpimbano
Urwego rwâigihugu rwâubugenzacyaha (RIB) rugaragaza ko urwego rwâubuvuzi ari rwo rufite abantu benshi baketsweho gukoresha impamyabumenyi mpimbano kuva muri Nyakanga 2020 kugeza muri Mata 2023. Imibare ya RIB, nkâuko The New Times yabitangaje, igaragaza ko muri ibi bihe hafashwe abantu 75 bakoresha izi mpamyabumenyi, barimo abaforomo nâababyaza 44, abo mu burezi ni 9, ba enjenyeri […]
Dr Habineza arasaba abahinzi kugabanya ifumbire mvaruganda bakoresha
Umuyobozi Mukuru wâishyaka DGPR (Green Party) riharanira demukarasi no kurengera ibidukikije, Dr Frank Habineza, arasaba abahinzi kugabanya ifumvire mvaruganda bakoresha, kuko igira ingaruka nyinshi ku buzima. Mu kiganiro yagiranye nâabanyamakuru nyuma yo kuyobora inama yâabanyamuryanyo ba Green Party batuye mu ntara yâAmajyaruguru iherutse kubera mu karere ka Musanze, Dr Habineza, yasobanuye ko ifumbire mvaruganda iteza […]
Rusizi: Ubuyobozi bushya bwa Nkamira SACCO bwiyemeje kwirinda imicungire mibi yeguje ababubanjirije

Nyuma yâigihe kirekire cya bombori bombori yaterwaga nâimicungire itanoze nâinyereza ryâumutungo wâabatuage ubitse muri Nkamira SACCO ya Kamembe, byatumye abayiyoboraga mbere bavanwaho nâabakozi hafi ya bose bagasezererwa hakazanwa abandi, ubuyobozi bushya bwayo, burizeza ko ibyayivuzwemo icyo gihe cyose bigiye kuba amateka. Bwabitangarije umunyamakuru wa Bwiza.com nyuma yâinama yâinteko rusange yabo iherutse kuba, yasobanuraga uko bihagaze […]
Abahitanwe n’imvura yaraye iguye mu gihugu barenze 100
Abantu 109 ni bo bimaze kumenyekana ko bamaze guhitanwa n’ibiza byatewe n’imvura nyinshi yaraye igwa mu turere dutandukanye tw’intara y’amajyaruguru ndetse n’iy’Uburengerazuba. Ni amakuru yemejwe na Guverineri w’iyi ntara, Habitegeko Franà §ois. Kuva mu ijoro ryakeye imvura idasanzwe yaraye igwa mu bice bigize intara y’Iburengerazuba ndetse n’iy’amajyaruguru. Guverineri Habitegeko yari yavuze ko amakuru y’ibanze afite ari […]
Waziri wa Uganda aliuawa kwa kupigwa risasi na mlinzi
Waziri wa Kazi wa Uganda Charles Okello Engola alipigwa risasi na mlinzi wake, polisi walisema Jumanne. Fred Enanga, msemaji wa polisi, alisema waziri huyo aliuawa kwa kupigwa risasi nyumbani kwake nje kidogo ya mji mkuu Kampala. Thomas Kato, jirani wa waziri huyo, alimweleza Anadolu kuwa walisikia milio ya risasi kutoka katika boma la waziri huyo […]
Igifungo cyakatiwe Irangabiye wafashwe avuye mu Rwanda cyagumyeho
Urukiko rwâubujurire rwo mu Burundi rwashimangiye igifungo cyâimyaka 10 urukiko rwisumbuye rwakatiye umunyamakuru Floriane Irangabiye. Uyu Murundikazi yafatiwe ku kibuga mpuzamahanga cya Bujumbura mu mpera za Kanama 2022, ubwo yari avuye mu Rwanda, aho yari amaze igihe kinini ahaba nkâimpunzi. Icyo gihe yari agiye gusura umuryango we. Urukiko rwisumbuye rwa Mukaza tariki ya 3 Mutarama […]
Kenya: Umupasiteri uregwa uruhare mu rupfu rwâabayoboke yitabye urukiko ashinjwa iterabwoba
Kuri uyu wa Kabiri, ubutabera bwa Kenya bwatangaje ko buzakurikiranaho Pasiteri Paul Nthenge Mackenzie icyaha cyâ “iterabwoba” nyuma yâurupfu rwâabantu 109 basanzwe mu ishyamba ryo mu majyepfo ya Kenya aho abayoboke be bateraniraga . Araregwa kuba yarasunikiye abayoboke be bo mu itorero Good News International Church kwiyicisha inzara kugirango ‘bazahure na Yesu’ ubwo bari mu […]
A Kenyan pastor is prosecuted for “terrorism” after the death of his followers
Kenyan justice announced on Tuesday that it would prosecute Pastor Paul Nthenge Mackenzie for “terrorism” after the death of 109 people in a forest in southeastern Kenya where members of his sect met . He is accused of pushing his followers of his International Church of Good News to starve ‘to meet Jesus’ in Shakahola […]
Huye: Abaguye mu kirombe mu minsi ishize baracyashakishwa

Abantu batandatu barimo abanyeshuri batatu bigaga mu mwaka wa 6 wâamashuri yisumbuye baguye mu kirombe giherereye mu murenge wa Kinazi mu karere ka Huye baracyashakishwa. Mu masaa saba ya tariki ya 20 Mata 2023, imvura yaraguye, isiba inzira aba bantu bari binjiriyemo bajya muri iki kirombe, bivugwa ko ifite ubujyakuzimu buri hagati ya metero 60 […]
Ibihugu bya mbere byagize GDP ya Tiliyari yâamadolari nâibya mbere mu bukungu ku Isi ubu
Igihugu cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika nicyo cya mbere ku Isi cyagize GDP (umusaruro mbumbe wâimbere mu gihugu) ugera muri Tiliyari (Miliyari 1000) yâAmadolari, hari mu 1969, kugeza uyu munsi mu 2023 kanddi nicyo gifite GDP nini kurusha ibindi bihugu nkâuko tubikesha World of Statistics . Ibihugu byagize GDP ya Tiliyari $ bwa mbere: […]
Kigali: Polisi yinjiye mu kibazo cyâumunyamakuru nâabapolisi bamuteye umuti uryana mu maso
Polisi yâu Rwanda yinjiye mu kibazo cyâumunyamakuru wa BTN TV, Ibarushimpuhwe Bihoyiki Kevin Christian, watewe nâabapolisi umuti cyangwa umwuka uryana mu maso, azira gufata amashusho yâinkuru yari abonye. Uyu munyamakuru mu kiganiro yagiranye na Radio 10 cyatambutse mu gitondo cy’uyu wa 2 Gicurasi 2023, yasobanuye ko iri sanganya ryamubayeho kuri uyu wa 1 Gicurasi 2023 […]
Lambert Mende yasabye leta kutazemera ko OIF iyobowe nâUmunyarwandakazi igenzura amafishi yâitora
Depite Lambert Mende Omalanga, mu kiganiro cyatambutse ku Cyumweru, yahamagariye Guverinoma ya Repubulika ya Demokarasi Congo, kutemerera Umuryango Mpuzamahanga wa La Francophonie (OIF) kugenzura amafishi yâitora cyangwa kugera ku malisiti yâabazatora baherutse kwandikwa na Komisiyo Yigenga yâAmatora (CENI) kubera gusa ko OIF iyobowe nâUmunyarwandakazi . Uyu muyobozi wâishyaka Convention des Congolais Unis (CCU) avuga ko […]
Kigali: Urukiko rwagiye gukora iperereza ku rubanza rumaze imyaka rutarangizwa

Nyuma yâuko uwitwa Mukansabimana Emeritha, utuye mu Karere ka Muhanga, mu Murenge wa Kabacuzi, Akagari ka Shori, Umudugudu wa Jandari nâabavandimwe, bavuga ko bamaze imyaka 29 bari mu manza za hato na hato, kubwâimitungo yabo bavuga ko yigaruriwe na Mukarusine Jeanne dâArc udashaka kuyirekura kuva jenoside yakorewe Abatutsi yarangira, abacamanza bo ku Rukiko Rukuru bivugwa […]
Abahinde baciye agahigo abasaga miliyoni 4 bakoresha indege mu munsi umwe
Ubwikorezi bwo mu kirere mu gihugu cyâu Buhinde bwaciye agahigo ku rwego rwo hejuru, aho abagenzi miliyoni 4.56 buriye indege mu munsi umwe . Iyi ntambwe yagezweho ku ya 30 Mata, yaje igihe indege 2.978 zahagurukaga mu gihugu hose. Minisitiri ushinzwe ibyâindege, Jyotiraditya Scindia, yanditse ku rubuga rwa twitter ati: “Izamuka rikabije ryâurujya nâuruza rwingendo […]
Yaba ari amahitamo meza u Rwanda rushakiye urubyiruko imirimo mu mahanga?
Umuryango mpuzamahanga uharanira iterambere ryâumurimo (ILO) ushamikiye ku Muryango w’Abibumbye (UN), muri Mutarama 2023 watangaje ko ku Isi hari abashomeri babarirwa muri miliyoni 208, bakaba bariyongereyeho 5.8% ugereranyije no mu mwaka wabanje, kandi kikaba ari ikibazo cyiganje cyane mu bihugu bikennye n’ibiri mu nzira y’iterambere. Ikigo cyâu Rwanda cyâibarurishamibare, NISR, na cyo gishingiye ku busesenguzi […]
Umunyapalestina wari umaze igihe yiyicisha inzara yapfiriye muri kasho ya Israel
Kuri uyu wa Kabiri, imfungwa y’Umunyapalestina, Khader Adnan, yapfiriye muri kasho yo muri Israel nyuma yo kumara amezi hafi atatu (iminsi 87) yiyicisha inzara . Uyu mugabo wâimyaka 45 yagiye mu myigaragambyo yo kwiyicisha inzara inshuro nyinshi nyuma yâifatwa rye rya mbere, harimo aho yamaze iminsi 55 mu 2015 yamagana ifungwa rye nta cyaha aregwa. […]
Green Party irasaba ko abagore bahabwa imyanya y’ubuyobozi 50%

Ishyaka riharanira demokarasi no kurengera ibidukikije (Democratic Green Party of Rwanda-DGPR), risanga urubyiruko rukwiye kugaragara ari rwinshi mu bikorwa bya politiki, himakazwa ihame ry’uburinganire n’ubwuzuzanye mu buyobozi ku kigero cy’imyanya 50% ku bagore na 50% ku bagabo, kurengera ibidukikije, kugira uruhare mu matora no mu iterambere ry’igihugu. Mu gihe u Rwanda rwitegura amatora ya Perezida […]
Perezida Ruto yasezeranyije Abanyakenya kubashakira imirimo myinshi mu mahanga
Perezida wa Kenya, William Ruto, yasezeranyije Abanyakenya kubashakira imirimo myinshi ku mugabane wâu Burayi, Amerika no mu burasirazuba bwo hagati mu rwego rwo gukemura ikibazo cyâubushomeri. Ni isezerano yatanze kuri uyu wa 1 Gicurasi 2023, ubwo yifatanyaga nâAbanyakenya kwizihiza umunsi mpuzamahanga wâumurimo. Yagize ati: âHari ibihugu byinshi cyane bidusaba abakozi bâAbanyakenya. Chancelier wâu Budage azaba […]
Le vice-ministre turc des Affaires étrangÚres se rendra en Ethiopie pour des entretiens
Le vice-ministre turc des Affaires Ă©trangĂšres, Burak Akcapar, effectuera une visite de travail en Ă â°thiopie du 1er au 4 mai, a annoncĂ© lundi le ministĂšre turc des Affaires Ă©trangĂšres . Dans la capitale Addis-Abeba, Akcapar s’entretiendra avec des responsables Ă©thiopiens et de l’Union africaine. Lors des rĂ©unions entre Akcapar et les autoritĂ©s Ă©thiopiennes, le rapatriement […]
Tanzania kujenga daraja kati ya Dar es Salaam na Zanzibar
Tanzania imedhamiria kujenga daraja litakalounganisha bara na Visiwa vya Zanzibar ili kurahisisha usafirishaji wa mizigo na watu, ambalo endapo litafanyika daraja hilo la kilomita 50 litakuwa la kwanza barani Afrika . Hayo yamesemwa na Naibu Waziri wa Ujenzi na Uchukuzi Godfrey Kasekenya Bungeni leo Aprili 28, na kuongeza kuwa mazungumzo yaliyoanza Machi 11, 2023 yako […]
Tanzania igiye kubaka ikiraro cya mbere kirekire muri Afurika hejuru y’inyanja
Tanzaniya igiye kubaka ikiraro kizahuza Tanzania wâIbirwa bya Zanzibar kugira ngo byorohereze urujya nâuruza rwâabantu nâibicuruzwa hagati yâabaturage bayo, aho nibiramuka bikozwe, iki kiraro cya kilometero 50 kizaba ari icya mbere muri Afurika . Ibi byavuzwe na minisitiri wungirije ushinzwe imirimo nâubwikorezi, Godfrey Kasekenya mu Nteko Ishinga Amategeko ku itariki ya 28 Mata, aho yashimangiye […]
Kenya: Umunyeshuri wa kaminuza yishe umukunzi we bapfa inyabutatu yâurukundo
Umunyeshuri wo mu mwaka wa gatatu muri Kaminuza ya Eldoret mu gihugu cya Kenya yateye icyuma umukunzi we ubwo bari mu icumbi riri hafi yâikigo nyuma yâamakimbirane ashingiye ku rukundo . Abapolisi bashinzwe ubugenzacyaha ( DCI ) barimo gukora iperereza ku byabereye muri iri icumbi risanzwe ari iryâabanyeshuri bâabakobwa. Uyu ukekwaho icyaha witwa Elikana Kiplagat […]
RDC yongeye kwikanga ingabo zâu Rwanda zinjira ku butaka bwayo

Ubutegetsi bwa Repubulika ya demukarasi ya Congo (RDC) bwongeye kwikanga ingabo zâu Rwanda zinjira ku butaka bwâiki gihugu, muri teritwari ya Rutshuru. Minisitiri wâingabo wa RDC, Jean Pierre Bemba, tariki ya 28 Mata ubwo yari yitabiriye inama yâabaminisitiri ya 96, yabagejejeho amakuru yahawe nâurwego rwâubutasi rwâigisirikare. Yababwiye ko umutekano wo muri teritwari ya Rutshuru, Masisi […]
Perezida Zelenskyy yabwiye ingabo ze ko intambara za nyazo ari bwo zigiye kuba
Kuri iki Cyumweru, itariki 30 Mata, Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelenskyy, yahaye icyubahiro ingabo zirinda imipaka mu gihugu atanga imidari kandi azifuriza gutsinda . âBakundwa ndwanyi, intambara nyamukuru ziraza vuba. Tugomba kuvana igihugu cyacu n’abaturage bacu mu bucakara bw’u Burusiya, â uyu ni Perezida Zelenskyy abwira abasirikare. Ibi yabivugiye mu birindiro bya gisirikare hatauzwe aho […]
FARDC iravuga ko yafashe abarwanyi 2 ba ADF barimo Umunyarwanda
Igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) kiratangaza ko cyafashe, ku wa Gatandatu ushize, abarwanyi babiri ba ADF, barimo Umunyarwanda nâumugore wâumunyekongo, ubwo bashakaga kwinjira mu musigiti wo muri komini ya Mangina, uherereye ku birometero 30 ugana mu burengerazuba bwâUmujyi wa Beni, muri Kivu yâAmajyaruguru . Ifatwa ryabo ryabaye ninjoro, nk’uko byatangajwe n’umuvugizi w’ingabo […]
Colonel Doumbouya orders the opening of an air line between Conakry and Kigali
President Paul Kagame stayed in the Guinean capital as part of a work and friendship visit. Colonel Mamadi Doumbouya told his ministers on Thursday that the Rwandan leader’s stay focused on discussions on several topics of national interest for the benefit of our two countries . After the establishment of a joint Guinea-Rwanda cooperation commission, […]
Maj. Ngoma yatangaje ko nta ruswa M23 yahaye ingabo za EAC ngo ntiziyirwanye
Umuvugizi wâumutwe witwaje intwaro wa M23 ku rwego rwâigisirikare, Major Willy Ngoma, yatangaje ko nta ruswa bahaye ingabo ziri mu mutwe wa Afurika yâiburasirazuba (EACRF) ukorera mu burasirazuba bwa Repubulika ya demukarasi ya Congo. Uwari Komanda wa EACRF, Maj. Gen. Jeff Nyagah aherutse kwegura kuri iyi nshingano, asobanura ko umutekano we aho yari atuye i […]
Colonel Doumbouya yategetse ba Minisitiri kwihutisha ishyirwa mu bikorwa ryâamasezerano ya Conakry-Kigali
Perezida wâagateganyo wa GuinĂ©e-Conakry, Colonel Mamady Doumbouya yategetse ba Minisitiri kwihutisha ishyira mu bikorwa ryâamasezerano igihugu cye giherutse kugirana nâu Rwanda ubwo Perezida Paul Kagame yagiriraga uruziko iwabo. Nkâuko ikinyamakuru Vision GuinĂ©e kibivuga, Col. Doumbouya yasabye Minisitiri wâIntebe gukora ibyo asabwa byose kugira ngo komisiyo yâubufatanye ihuriweho yâigihugu cye nâu Rwanda ijyeho, itangire gushyira mu […]
Mu myaka ya 1800, u Rwanda ntirwabagaho, i Gisenyi ni muri Congo â Christophe Mboso

Perezida wâInteko Ishinga Amategeko ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Christophe Mboso, yavugiye imbere y’imbaga y’abantu bari bateraniye kuri Stade de Martyrs i Kinshasa mu muri Mitingi yâihuriro Union SacrĂ©e kuri uyu wa Gatandatu, itariki ya 30 Mata 2023, ko u Rwanda rutabagaho mu myaka yâ1800 . Mu ijambo rye, Perezida wâInteko Ishinga Amategeko yatunze […]
Mibilizi: Abarokotse jenoside baramagana abashidikanya ku mibiri iri kuhaboneka

Abarokokeye jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 muri Mibilizi mu karere ka Rusizi baramagana abantu bari kugaragaza ugushidikanya ku buryo batemeza ko imibiri iri kuhaboneka ari iyâabayizize. Kuva mu mpera za Werurwe 2023, muri Mibilizi, byâumwihariko mu isambu iri mu nkengero za Kiliziya Gatolika ya Mibilizi kugeza kuri uyu wa 29 Mata 2023 hari hamaze kuboneka […]
OIF irahamagarira amahanga kohereza byihuse ingabo zo gufasha Igipolisi cya Haiti
Umuryango Mpuzamahanga wa La Francophonie (OIF) urahamagarira abafatanyabikorwa mu gihugu no ku rwego mpuzamahanga “gukangurira abantu ku bwinshi, koroshya kohereza mu buryo bwihuse ingabo mpuzamahanga zunganira abapolisi bâigihugu cya Haiti”, nkâuk inynddiko yabonwe nâurubuga AlterPresse ivuga . Izi ngabo mpuzamahanga zigomba kugira uruhare mu guhagarika ihohoterwa byihuse, aho usanga abagore benshi bo muri Haiti ndetse […]
Kuvuga ko u Rwanda ari igihugu kitubaha uburenganzira ni uburyo bwâivangura bwo gusobanura ibintu – Giorgia Meloni
Minisitiri wâIntebe wâu Butaliyani, Giorgia Meloni, kuri uyu wa Gatanu ushize yatangaje ko gahunda yâu Bwongereza yo kohereza mu Rwanda abimukira bahinjiye mu buryo bunyuranyije nâamategeko ari amasezerano hagati yâibihugu bibiri byigenga kandi agamije kurinda umutekano wâabantu, yongeraho ko ari amakosa kubyita kwirukana abantu (deportation) . Meloni, yavuganaga nâitangazamakuru kuri Ambasade yâu Butaliyani i Londre […]
Umuyobozi wa Wagner arakangisha kuvana abarwanyi be muri Bakhmut avuga ko bakomeje gushirira
Umuyobozi wâingabo zâabacanshuro bo mu Burusiya bâikigo cya Wagner Group arakangisha gukura ingabo ze mu ntambara ikomeye yo muri Bakhmut mu burasirazuba bwa Ukraine kubera umubare wâabayigwamo wiyongera mu gihe abayobozi bâingabo za Ukraine bavuga ko ingabo zâu Burusiya zananiwe kubafungira inzira zibagemurira ibikoresho zigana muri uwo mujyi . Umuyobozi wa Wagner, Yevgeny Prigozhin, mu […]
Putin naramuka akandagiye muri Cape yâIburengerazuba azatabwa muri yombi – Guverineri
Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, azafatwa naramuka akandagiye mu Ntara ya Cape y’Iburengerazuba muri Afurika y’Epfo mu ruzinduko ruteganijwe muri Kanama nkâuko byatangajwe n’umuyobozi w’iyo ntara . âPutin yagiye ahungabanya umudendezo w’abaturage ba Ukraine ndetse n’abari mu gihugu cye batinyuka gufata icyemezo cyo kurwanya ibikorwa bye by’ubugome,â ibi byatangajwe ku wa Kane na Alan Winde, […]
RDC yeruye, ivuga ko mu byatumye ishyira igitutu kuri Gen Jeff Nyagah harimo u Rwanda
Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), kirarega Maj Gen Jeff Nyagah kugirana umubano n’abarimo abasirikare b’u Rwanda; ikaba imwe mu mpamvu urugendo rwe nk’Umugaba w’Ingabo za EAC zoherejwe muri Congo rwarangiye. Ku wa Kane tariki ya 27 Mata ni bwo Maj Gen Nyagah yandikiye Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba amumenyesha ko yeguye […]
DGIE yaciye amarenga ko ishobora kwambura Turahirwa pasiporo nyuma yâaho âabeshyeâ
Ibiro byâu Rwanda bishinzwe abinjira nâabasohoka (DGIE) byaciye amarenga ko bishobora kwambura umunyamideli Turahirwa MoĂ ÂŻse pasiporo byari byaramuhaye nyuma yâaho abibeshyeye ko byamuhaye iyemeza ko ari Umunyarwakazi. Ni mu gihe Turahirwa ari gukurikiranwa nâurwego rwâigihugu rwâubugenzacyaha (RIB), nyuma yâaho tariki ya 26 Mata 2023 atangarije kuri Instagram ko yahawe pasiporo yanditseho âFâ ku mwanya wâigitsina, […]
Kamanda wa vikosi vya EAC nchini DRC ajiuzulu kutokana na usalama wake binafsi
Meja Jenerali Jeff Nyagah, kamanda wa kikosi cha kanda ya Jumuiya ya Afrika Mashariki (EACRF) kilichotumwa mashariki mwa Jamhuri ya Kidemokrasia ya Kongo, amejiuzulu, akitaja “tishio kubwa” kwa usalama wake binafsi . Katika barua ya Aprili 27 kwa Katibu Mkuu wa EAC, Peter Mathuki, afisa wa jeshi la Kenya alibainisha kuwa kulikuwa na “mpango madhubuti […]
Komanda mushya wâingabo za EAC muri RDC yamenyekanye

Komanda mushya wâingabo zigize umutwe wa EACRF wâumuryango wa Afurika yâiburasirazuba ukorera muri Repubulika ya demukarasi ya Congo, yamenyekanye, akaba asimbura Maj. Gen. Jeff Nyagah weguye kuri uyu wa 27 Mata 2023. Ubwegure bwa Nyagah bufite impamvu zitandukanye zirimo kuba abacancuro bakorana nâingabo za RDC muri Mutarama 2023 baragenzuraga urugo yari atuyemo i Goma, bifashishije […]
Kenya: Banki ifite aho ihuriye na Kenyatta irishyuzwa miliyari yâamashilingi
Uwahoze ari Perezida Uhuru Kenyatta ari mu bibazo by’imisoro nyuma yâuko guverinoma ya Kenya itegetse banki ye kwishyura miliyari yâamashilingi ya Kenya (miliyari zisaga 8 zâAmanyarwanda ). Iyi ntambwe ya Guverinoma ya Perezida William Ruto isize Uhuru Kenyatta mu gihirahiro mu gihe intambara ya politiki hagati yâihuriro riri ku butegetsi rya Kenya Kwanza nâihuriro Azimio […]
General Kibochi ntakiri Umugaba Mukuru wâingabo za Kenya

Perezida wa Kenya akaba nâUmugaba wâIkirenga, Dr William Samoei Ruto, yakoze impinduka zikomeye mu gisirikare cyâigihugu, zahereye ku mwanya wâUmugaba wâUmukuru wazo. Muri izi mpinduka, General Francis Omondi Ogolla wari usanzwe afite ipeti rya Lieutenant General yagizwe Umugaba Mukuru, asimbura Gen. Robert Kibochi wagiye mu kiruhuko cyâizabukuru, nyuma yâimyaka 44 yari amaze mu gisirikare. Lt […]
Ingabo z’akarere zoherejwe mu butumwa bwa ATMIS zigiye kugabanywamo 2000
Abayobozi bo mu karere bahaye umugisha imigambi yo kugabanya ingabo zoherejwe muri Somalia no guha iki gihugu amahirwe yo kwifatira mu biganza byacyo mu buryo bwuzuye ibijyanye no kugarura amahoro. Ibi byemejwe mu nama idasanzwe yâabakuru bâibihugu byohereje ingabo muri Somalia yateraniye i Kampala kuri uyu wa Kane ushize . Nkâuko itangazo ryashyizwe ahagaragara Chimpreporrts […]
Gen Jeff Nyagah wari ukuriye Ingabo za EAC ziri muri RDC yeguye

Umunya-Kenya Maj. Gen Jeff Nyagah wari ukuriye Ingabo z’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba zoherejwe kugarura amahoro muri Congo (EACRF) yamaze kwegura ku nshingano yari afite. Ku wa Kane tariki ya 27 Mata ni bwo uyu musirikare yashyikirije ibaruwa y’ubwegure bwe Umunyamabanga Mukuru bwa EAC, Amb. Peter Mathuki. Muri iyi baruwa, Maj Gen Nyagah yavuze ko yahisemo […]
The Rwandan economic and military model fascinates African states

The major changes made in Rwanda for nearly thirty years, particularly on the economic, social, cultural and military levels, seem to captivate a certain number of African leaders. The feeling is openly expressed by some governments, and very recently by those of Benin, Guinea Conakry and Guinea-Bissau, three countries visited this month by the Rwandan […]
10 personnes arrĂ ÂȘtĂ©es aprĂšs l’accident dans une mine du district de Huye
Le Bureau d’enquĂ ÂȘte rwandais (RIB) a arrĂ ÂȘtĂ© jeudi 10 personnes accusĂ©es d’Ă ÂȘtre derriĂšre la mine illĂ©gale qui s’est effondrĂ©e dans le district de Huye, faisant six victimes, dont trois Ă©tudiants piĂ©gĂ©s dans les tunnels . Les efforts pour secourir les victimes ont Ă©tĂ© interrompus par des glissements de terrain causĂ©s par de fortes pluies. Le […]
FARDC ikomeje kujya mu bice M23 yavuyemo yubahiriza amabwiriza yâInama ya Luanda
Igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo guhera kuwa Gatatu itariki 26 Mata cyongeye gusubira mu midugudu myinshi yo muri Teritwari ya Rutshuru, Sheferi ya Bwito, nkâuko amakuru aturuka mu nzego zâibanze nâizâumutekano avuga . Umwe muri yo midugudu ni Kishishe, aho M23 yari yarafashe mbere yo kuhava isubira inyuma nkâuko yabisabwe mu Nama ya […]
Twibonye muri Congo turi amoko atatu, Abahutu nâAbatwa bo bamerewe neza: Impunzi

Impunzi ziba mu nkambi ya Mahama mu karere ka Kirehe kuri uyu wa 24 Mata 2023 zagiranye ikiganiro nâabadipolomate batandukanye bakorera mu Rwanda, zibagezaho ibibazo bizibangamiye. IzâAbanyekongo zo mu bwoko zâAbatutsi zaganirije aba badipolomate ku bibazo byatumye zisanga mu buhungiro mu Rwanda, bikomoka ku mateka yâubukoloni, byâumwihariko ikatwa ryâimipaka ryakozwe nâAbabiligi. Umunyekongo yavuze ko ubwo […]
Dore impamvu ukwiye kurya Cucumber

Abantu benshi bakunda kurya amafunguro asanzwe amenyerewe nk’atera imbaraga gusa ntibite ku yandi arimo izindi ntungamubiri zitandukanye. Kuri iyi nshuro tugiye kurebera hamwe akamaro k’urubugo cyangwa urubuto rwa Cucumber. Abantu benshi ntibazi akamaro k’uru ruboga ariko abahanga mu by’imirire batanga inama zo kururya byaba mbere y’amafunguro cg na nyuma yaryo. Reka turebere hamwe imimaro 5 […]
Uganda: Igipolisi cyataye muri yombi abadepite 11 bâabagore

Igipolisi cya Uganda kuri uyu wa Kane ushize cyataye muri yombi abadepite 11 bâabagore bashinjwa gukora imyigaragambyo itemewe, aho bivugwa ko bamwe mu badepite bakomeretse mu gihe batabwaga muri yombi . Abadepite bafungiwe hanze yâinyubako zâinteko ishinga amategeko mu murwa mukuru Kampala mu gihe biteguraga kujya kuri minisiteri yâumutekano wâimbere mu gihugu aho bashakaga guha […]
Burkina Faso: Igitero ku ngabo zâigihugu cyahitanye byibuze 33
Kuri uyu wa Kane, igitero cyagabwe ku mutwe wa gisirikare mu burasirazuba bwa Burkina Faso cyahitanye abasirikare 33 abandi 12 barakomereka, nk’uko guverinoma iyobowe nâingabo ibivuga, mu gihe hakomeje urugomo muri iki gihugu cyibasiwe nâimitwe yâabajihadiste . Igitero cyo mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane ushize cyibasiye itsinda rya gisirikare rikrera Ougarou, mu karere […]
Gen. Bunyoni yaraye abazwa nyuma yo kutagaragara ku manywa
Gen. de Pol. Alain-Guillaume Bunyoni yaraye abazwa nâUmushinjacyaha Mukuru wâu Burundi, Nyandwi Sylvestre, nyuma yo kutagaragara ku biro byâuyu mushinjacyaha ku manywa, aho yari ategerejwe. Byari biteganyijwe ko Bunyoni agera kuri ibi biro hakiri kare, avuye muri kasho yâurwego rushinzwe iperereza (SNR), ariko amakuru agera kuri BWIZA avuga ko bwarinze bwira abarimo abanyamakuru benshi na […]
Turahirwa uvuga ko yemerewe kunywera urumogi mu ruhame akurikiranweho ikindi cyaha
Urwego rwâubugenzacyaha (RIB) rwaraye rutaye muri yombi umunyamideli Moses Turahirwa rwari rwahamagaje ngo yisobanure ku cyaha cyo gukora no gukoresha inyandiko mpimbano. Ni nyuma yâaho uyu musore yatangaje ko Leta yâu Rwanda yamuhaye agatabo kâinzira (pasiporo) kagaragagaza ko ari umugore/umukobwa (Feminin), ndetse agatangaza ko byamushimishije. Umuvugizi wa RIB, Dr Murangira Thierry, yatangaje ko urwego rushinzwe […]
Sudan: resumption of fighting in Khartoum and Darfur despite the truce
Military planes fly over Khartoum and the troops of the two generals in the war for power exchange machine gun and heavy weapon fire . The deadly fighting between paramilitaries and the army entered its thirteenth day on Thursday in Sudan, where the capital Khartoum and the Darfur region are now in the grip of […]
Turahirwa watangaje ko yahawe icyangombwa cyemeza ko ari Umunyarwandakazi ashobora gufungwa

Umunyamideli Moses Turahirwa utavugwaho rumwe kubera imyitwarire imuranga, ashobora gufungwa nyuma yâaho atangaje ko yahawe agatabo kâinzira (pasiporo) kemeza ko ari Umunyarwandakazi. Turahirwa bigaragara ko ari umusore, kuri uyu wa 26 Mata 2023 yashyize kopi ya pasiporo yo mu Kwakira 2021 iriho amazina ye yombi, ku mwanya wâigitsinda handitseho F (Female), agerekaho interuro ishimira Perezida, […]
Perezida Erdogan wa Turkiya yafashwe nâuburwayi ari kuri televiziyo imbonankubone
Perezida wa Turkiya, Recep Tayyip Erdogan, yahagaritse kwiyamamariza amatora nyuma yo gufatwa nâuburwayi ari kuri televiziyo imbonankubone aho ikiganiro cyahagaritswe mu buryo butunguranye . Nyuma yo kuruhuka iminota 20, yagarutse avuga ko afite “ikibazo mu gifu” nyuma yâiminsi ibiri yiyamamaza. Perezida Erdogan, ufite imyaka 69, azaba ahanganye mu matora nâumugabo ushobora kutazamworohera. Umuyobozi mukuru wâabatavuga […]
Isambu ya Kiliziya Gatolika ya Mibilizi imaze kubonekamo imibiri 588 y’Abatutsi bazize jenoside

Isambu ya Kiliziya Gatolika ya Mibilizi mu karere ka Rusizi imaze kubonekamo imibiri 588 yâabazize jenoside yakorewe Abatutsi kuva mu mpera zâukwezi gushize. Umuyobozi wâakarere ka Rusizi, Dr Kibiriga Anicet, yatangarije The New Times ko igikorwa cyo gushakisha iyi mibiri cyatangiye nyuma yâaho mu kwezi gushize abakoraga amaterasi bavumbuye mike muri yo. Meya Kibiriga yagize […]
Perezida Paul Kagame yagendereye Tanzania (Amafoto)

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yamaze kugera i Dar es Salaam muri Tanzania; mu ruzinduko rw’akazi ari kugirira muri iki gihugu. Ni uruzinduko rw’iminsi ibiri Umukuru w’Igihugu yatumiwemo na mugenzi we Samia Suluhu Hassan wa Tanzania. Perezida Paul Kagame akigera ku kibuga cy’indege cyitiriwe Mwalimu Julius Nyerere yakiriwe n’itsinda ry’abayobozi bo muri Guverinoma ya Tanzania […]