RDC: Tshisekedi yaje imbere mu bagize amajwi menshi mu batoreye hanze y’igihugu

Kuri uyu wa Gatanu, Komisiyo Yigenga y’Amatora mi Repubulika ya Demokaras ya CongoCeni yasohoye amajwi y’Abanyekongo muri diaspora: Afurika y’Epfo, u Bubiligi, u Bufaransa, Canada na Amerika, aho bigaagara ko Perezida Tshisekedi aza imbere mu majwi y’abatoye. Dore amajwi yabonye muri Diaspora Afurika y’Epfo: 81%, u Bubiligi: 75% Canada :72% ; Amerika: 78% u Bufaransa: […]

RDF operations in Mozambique seen as model for future peacekeeping operations

During its more than two-year intervention in Mozambique, Rwanda has attempted to do something difficult: defeat an insurgency while avoiding civilian casualties. According to a new study, there is evidence that it is succeeding, and its approach may offer a blueprint for future peace enforcement operations. In 2021, Rwanda deployed 1,000 troops to Mozambique’s northern […]

Amafoto: Abapolisi bato 2,072 basoje amahugurwa bari bamazemo amezi 9

gb8gp_jxkaal3jf.jpg

Abapolisi bato 2,072 kuri uyu wa Gatanu basoje icyiciro cya 19 cy’amahugurwa yabagenewe mu muhango wabereye mu ishuri rya Polisi rya Gishari wari uyobowe na Minisitiri w’Umutekano w’Imbere mu Gihugu, Afred Gasana. Aba banyeshuri basoje amasomo 2,072 bagizwe n‘ab‘igitsina gabo 1,645 n’aho ab‘igitsina gore bakaba ari 427 nkuko byatangawe n’umuyobozi w’Ishuri rya polisi rya Gishari, […]

Mozambique: Umugaba mukuru wa FADM yagereranyije RDF na gaze

Umugaba mukuru w’Ingabo za Mozambique, Maj. Gen. Tiago Alberto Nampele, yatangaje ko inyeshyamba zifitanye isano na Leta ya Kisilamu mu Ntara ya Cabo Delgado zatsinzwe, kandi ibice hagati ya 90% na 95% byari byarigaruriwe n’izi nyeshyamba byabohojwe bitekanye, ashimira Ingabo z’u Rwanda avuga ko bigiyeho byinshi. Ibisigisigi by’inyeshyamba ubu biri mu ishyamba rya Catupa, mu […]

M23 yigaruriye uduce twa Busumba na Rugogwe nyuma y’iyubura ry’imirwano

Kuri uyu wa Gatanu, itariki 22 Ukuboza 2023, umutwe wa M23 wigaruriye uduce twa Busumba na Rugogwe two muri Sheferi ya Bashali-Mukoto, Teritwari ya Masisi mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Imirwano hagati y’inyeshyamba za M23 n’Igisirikare cya FARDC yatangiye mu ijoro ryo kuri uyu wa Kane, itariki 21 Ukuboza mu midugudu yavuzwe haruguru. Sosiyete sivile […]

Icyamamare muri film za Fast & Furious, Vin Diesel, arashinjwa ihohotera rishingiye ku gitsina

Uwahoze ari assistant w’umukinnyi wa film w’Umunyamerika, Vin Diesel, arashinja uyu muhanzi wamamaye muri Fast & Furious, kumukorera ihohotera rishingiye ku gitsina ubwo bari barimo gufata amashusho ya Fast Five mu 2010. Umwunganizi w’uyu mukinnyi wa film, amazina ye nyakuri, Mark Sinclair, yavuze ko umukiriya we “ahakana iki kirego cyose uko cyakabaye”. Asta Jonasson avuga […]

RCS yasobanuye iby’ifoto ya CG (Rtd) wagaragaye mu bukwe bw’umuhungu we

Urwego rw’Igihugu Rushinzwe Igorora (RCS), rwatangaje ko ruheruka guha uruhushya CG (Rtd) Emmanuel Gasana rumaze iminsi rufunze kugira ngo abashe kwitabira ubukwe bw’umuhungu we. RCS yatangaje ibi nyuma y’uko kuva ku wa Kane hacicikanye amakuru y’uko CG (Rtd) Gasana wahoze ari Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda yaba yarekuwe nyuma yo guhabwa imbabazi. Ni amakuru […]

Hatangijwe ishami rigiye gufasha abafite ikibazo cy’imboni y’ijisho irwaye

Mu rwego rwo kwihutisha gahunda yo gusimbuza imboni z’amaso (corneas) ku barwayi bazikeneye, Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yashyizeho agashami kabarizwa mu Kigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima (RBC) gashinzwe gusimbuza imboni y’ijisho (Corner tissue bank), ku bafite uburwayi busaba ko isimbuzwa. Mu Rwanda hagaragara indwara z’amaso zifata ibice bitandukanye byayo, harimo n’izifata imboni, aho akenshi iyo yarwaye ikenera […]

Czech: Umuntu witwaje intwaro yishe arashe abasaga 10 muri kaminuza yizemo

Repubulika ya Czech yatangaje umunsi w’icyunamo ku rwego rw’igihugu ku wa Gatandatu nyuma y’uko umuntu witwaje imbunda yishe abantu 14 agakomeretsa 25 muri kaminuza y’i Prague. Perezida Petr Pavel yagaragaje “akababaro gakomeye” n “” umujinya kubera gutakaza ubuzima bidakenewe na gato “. Uyu muntu witwaje imbunda, polisi yavuze ko “yivuganye”, ngo yaba yarishe na se […]

RDF yungutse abasirikare kabuhariwe bashya (Amafoto)

20231221_203016.jpg

Igisirikare cy’u Rwanda (RDF) cyungutse abasirikare bashya bo mu mutwe udasanzwe, nyuma yo gusoza imyitozo bari bamazemo amezi 10. Ni imyitozo bakoreraga mu kigo cy’imyitozo cy’i Nasho mu karere ka Kirehe. Umuhango wo gusoza iyi myitozo witabiriwe n’Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda, Gen Mubarakh Muganga wari uwuhagarariyemo Perezida akanaba Umugaba w’Ikirenga, Paul Kagame. Gen Mubarakh […]

Amafoto: Abasirikare bakuru baherutse kuzamurwa mu ntera mu mapeti yabo mashya

gb40xdbxaaackzb.jpg

Mu Gisirikare cy’u Rwanda (RDF) haherutse kwandikwa amateka ubwo abasirikare 7 b’abagore bazamurwaga mu ntera bagahabwa ipeti rya Colonel, ari na bwo bwa mbere byari bibaye, mu gihe Umugaba Mukuru w’Ingabo, Mubarak Muganga nawe yazamuuwe ku ipeti rya General w’inyenyeri enye. Wasoma inkuru bifitanye isano hano hasi Ahabanza Ahabanza Dore amafoto bambaye amapeti yabo mashya

Ambasaderi wa Niger muri Loni wari wanzwe yemerewe guhagararira igihugu cye

Nyuma y’amezi atatu mu gihirahiro, Komisiyo yihariye ya Loni yafashe icyemezo. Ambasaderi wa guverinoma y’inzibacyuho ya Niger yemerewe guhagararira igihugu cye i New York. Muri Nzeri, Loni yari yamubujije kwinjira mu Nteko rusange, yubahiriza amabwiriza yatanzwe n’akanama gashinzwe umutekano gakomeje kwemeza ko guverinoma ya Mohamed Bazoum ari yo yonyine yemewe. Ni igitego cy’umutwe kuri Guverinoma […]

Comment la nouvelle usine d’engrais du Rwanda pourrait stimuler l’agriculture

Une usine de mĂ©lange d’engrais basĂ©e au Bugesera et lancĂ©e par le Rwanda le mercredi 20 dĂ©cembre envisage d’augmenter les rendements des cultures de 40 pour cent, selon ses propriĂ©taires et le MinistĂšre de l’Agriculture et des Ressources animales (MINAGRI). Ils ont indiquĂ© que l’usine de mĂ©lange d’engrais du Rwanda pourrait y parvenir en mĂ©langeant […]

Kinshasa: Umunyamakuru wa RFI yarusimbutse ubwo yakurikiranaga amatora

Ishyirahamwe ry’abanyamakuru bahagarariye ibinyamakuru mpuzamahanga muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (ACPI-RDC) ryamaganye “ihohoterwa n’ibikorwa bisenya kwishyira ukizana” byakorewe kuri uyu wa Gatatu ushize, itariki ya 20 Ukuboza i Kinshasa, umunyamakuru Pascal Mulegwa, ukorera Radio France Internationale (RFI) mu gihe yakoraga umwuga we gusa akurikirana ibikorwa by’amatora. Uyu munyamakuru aherekejwe n’umwe muri bagenzi be, yari […]

AfDB ivanye abakozi bayo b’abanyamahanga muri Ethiopia nyuma yo guhohoterwa

Banki Nyafurika itsura Amajyambere (AfDB) yahisemo kuvana abakozi bayo mpuzamahanga muri Ethiopia ako kanya. Ibiro bizakomeza gufungura bikorwamo n’umuyobozi ubishinzwe. Izi ngamba ntizizagira ingaruka ku bakozi bahawe akazi b’Abanya-Ethiopia bazakomeza akazi kabo kandi bakaguma mu mirimo nk’abakozi buzuye ba Banki. Banki izabizeza bo n’imiryango yabo inshingano zayo zo kubitaho. Ibi byemezo bije nyuma yo kutubahiriza […]

Karongi: Hari aho bagikoresha uburyo gakondo mu kugeza abarwayi kwa muganga

Bamwe mu baturage bo mu mirenge ya Murundi, Gashari n’ahandi mu Karere ka Karongi, mu Ntara y’Iburengerazuba, barinubira kuba kugeza abarwayi kwa muganga bibagora kubera ikibazo cy’ibura ry’imbangukiragutabara zabugenewe. Aha ni mu gace k’imisozi miremire, usanga binagaragara ko imihanda yagiye yangirika nk’uko umunyamakuru w’Ijwi rya Amerika wahageze abitangaza, aho yabonye bamwe mu baturage batwaye abarwayi […]

Scatec iri kugurisha imigabane yari ifite mu rugomero rw’amashanyarazi ava ku izuba i Rwamagana

Uruganda rukora amashanyarazi ashobora kuvugururwa rwo muri Norvege, Scatec ASA (OSL: SCATC) rwafashe icyemezo cyo kugurisha imigabane ingana na 54% rwari rufite muri Sitasiyo y’amashanyarazi ava ku mirasire y’izuba iherereye ku butaka bukodeshwa, mu kigo cy’umudugudu w’urubyiruko rwa Agahozo Shalom Youth Village (ASYV) itanga megawatt 8.5 z’amashanyarazi mu Rwanda bijyanye n’ingamba zarwo zo kugabanya ishoramari […]

Guinea-Bissau: Perezida Embalo yirukanye Minisitiri w’Intebe nyuma y’icyumweru amushyizeho

Kuri uyu wa Gatatu, itariki 20 Ukuboza 2023, Perezida wa Guinea-Bissau, Umaro Sissoco Embalo, yirukanye Minisitiri w’Intebe, Geraldo Martins, nyuma y’icyumweru kimwe gusa amushyize kuri uyu mwanya, amusimbuza umunyapolitiki w’inararibonye mu bukungu. Ku itariki ya 12 Ukuboza, Martins yongeye kugirwa Minisitiri w’Intebe nyuma y’uko yari yashyizwe kuri uwo mwanya n’ubundi muri Kanama uyu mwaka kugeza […]

Diplomatic tensions with Angola: Gabon recalls its ambassador

According to several sources, the Gabonese Ministry of Foreign Affairs wrote to the Angolan authorities to announce the return of its ambassador. A specific reminder “for consultations”, says the letter. Disagreements reportedly emerged between the two countries after the August 30 coup. They continued until the summit of the Community of Central African States ECCAS […]

Urubanza rw’abaregwa amanyanga mu kwandikisha abana muri Academy ya Beyern rwasubitswe

Urubanza ruregwamo abantu 6 bakurikiranyweho guhindura imyirondoro y’abana ngo bemererwe kwinjira muri Academy ya Bayern Munich kuri uyu wa Kabiri ushize rwasubitswe n’Urukiko rw’Ibanze rwa Nyamabuye ruherereye mu Kagari ka Gitarama, Umurenge wa Nyamabuye, Akarere ka Muhanga. Mu gihe hategerejwe itariki n’isaha yo kuburaniraho gusa abaregwa bakomeje gufungirwa kuri Sitasiyo ya RIB ya Nyamabuye. Nshimiyimana […]

Buruseli: Umuherwe Abramovich yatsinzwe urubanza yari yarezemo E.U

Kuri uyu wa Gatatu, umuherwe w’Umurusiya, Roman Abramovich, yatsinzwe urubanza yari yatanzemo ubusabe bwo gukurirwaho ibihano yafatiwe n’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi nyuma y’ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine. Perezida Vladimir Putin amaze gutegeka Ingabo z’u Burusiya kwinjira muri Ukraine muri Gashyantare 2022, Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi wafatiye ibihano abayobozi b’u Burusiya n’abanyemari benshi b’Abarusiya nka Abramovich, […]

Le chef d’Ă©tat-major, Muganga, promu gĂ©nĂ©ral quatre Ă©toiles

37143.jpg

Le chef d’Ă©tat-major des Forces de dĂ©fense rwandaises (RDF), Mubarakh Muganga, a Ă©tĂ© promu mercredi 20 dĂ©cembre au grade de gĂ©nĂ©ral quatre Ă©toiles. La promotion par le prĂ©sident Paul Kagame, commandant en chef des Forces de dĂ©fense rwandaises, a Ă©tĂ© annoncĂ©e un jour aprĂšs que le prĂ©sident a Ă©galement promu le personnel des FDR, dont […]

RRA yibukije abasora ibyo bakwiye kwitaho mbere yo gusoza umwaka wa 2023

Ikigo cy’Igihugu cy’Imisoro n’Amahoro (RRA) cyamenyesheje abasora bose ibyo basabwa gukora mbere y’uko uyu mwaka wa 2023 urangira, aho kivuga ko mu gihe cyo kumenyekanisha umusoro ku nyungu wa 2023 ibyatunze umwuga bitangirwa inyemezabuguzi mu Rwanda, bizemerwa na sisitemu y’ikoranabuhanga ari uko bifite inyemazabuguzi ya EBM, imenyekanisha ryo muri gasutamo, iry’imisoro ifatirwa cyangwa ubwicungure bugaragara […]

Perezida Kagame yazamuye mu ntera Lt Gen Mubarakh Muganga

Perezida Paul Kagame akanaba Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda (RDF), yazamuye mu ntera Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda, Lt Gen Mubarakh Muganga amugira General. RDF yemeje aya makuru biciye mu itangazo Minisiteri y’Ingabo yasohoye kuri uyu wa Gatatu tariki ya 20 Ukuboza 2023. Itangazo rivuga ko “Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda akanaba Umugaba w’Ikirenga […]

Bunia: Abaturage bateye site y’amatora ya ISP polisi ikoresha ibyuka biryana mu maso

Site y’amatora yo muri Bunia, yashinzwe kuri ISP yasahuwe, bituma abapolisi batabara kugira ngo batatanye abigaragambyaga. Muri kariya gace k’umujyi habaye akavuyo katewe n’abigaragambyaga bagizwe ahanini n’abantu bavanwe mu byabo n’imirwano bavuga ko babujijwe kwitabira amatora. Nibura imashini ebyiri zo gutora zangijwe kuri site y’itora ya ISP. Abigaragambyaga birukanye abakozi b’amatora, bamena amadirishya kandi bangiza […]

Burkina Faso: Abafaransa 4 bafungiwe i Ouagadougou bashinjwa kuba intasi

Muri Burkinafaso, Abafaransa bane bafungiwe muri Ouagadougou bakekwaho kuba intasi z’ubutasi bwo hanze bw’u Bufaransa. Bafashwe mu ntangiriro z’uku kwezi muri Ouagadougou. Ku ruhande rw’u Bufaransa, barahakana ko ari intasi. Nk’uko amakuru aturuka muri diplomasi agera kuri RFI abitangaza, ngo ku itariki ya 1 Ukuboza i Ouagadougou ni bwo Abafaransa bane batawe muri yombi. Nk’uko […]

U Rwanda rugiye gufungura ambasade ya mbere muri Amerika y’Amajyepfo

f7sg5ucx0amkiqd.jpg

U Rwanda rugiye gufungura ambasade muri Brazil izaba ambasade ya mbere y’igihugu ku mugabane wa Amerika y’Amajyepfo. Mu myaka icumi ishize, u Rwanda rwaguye ubutumwa bwa diplomasi muri Afurika gusa no mu Burayi bw’i Burasirazuba, mu Burasirazuba bwo Hagati, no muri Balkans. Mbere y’ibikorwa biriho byo gufungura ambasade muri Brazil, Amerika y’Amajyepfo yagaragaraga nk’umugabane u […]

Bwa mbere RDF yungutse ba Colonel b’abagore

Perezida Paul Kagame ku wa Kabiri yakoze impindukaza mu ngabo z’u Rwanda abereye Umugaba w’Ikirenga, zisiga u Rwanda rwungutse bwa mbere abasirikare bafite ipeti rya Colonel b’abagore. Abasirikare 83 barimo abagore barindwi ni bo Perezida Kagame yahaye ipeti rya Colonel abavanye ku rya Lieutenant Colonel. Aba barimo Col Betty Dukuze na Kayirangwa Belina bombi bakorera […]

Buruseli: Basabose na Twahirwa bahamijwe ibyaha bya jenoside

Kuri uyu mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri, Abanyarwanda, SĂ©raphin Twahirwa na Pierre Basabose, baburanishwa n’urukiko rw’i Buruseli, bahamijwe ibyaha bya jenoside n’ibyaha by’intambara bakoreye mu Rwanda mu 1994. Uwa mbere ndetse yahamijwe ibyaha byinshi byo gufata ku ngufu. Abaregwa, Pierre BasabosĂ© (imyaka 76) na SĂ©raphin Twahirwa (ufite imyaka 65), bakekwaho kuba baragize uruhare mu […]

Igitero cy’inyeshyamba mu burengerazuba bwa Uganda cyahitanye byibuze abantu 10

Nibura abantu 10 bemejwe ko bapfuye nyuma y’igitero cyo ku wa Mbere cyabereye mu burengerazuba bwa Uganda bivugwa ko cyagabwe n’inyeshyamba za ADF. Nk’ukoiperereza ry’ibanze ryakozwe n’abapolisi ribigaragaza, abantu 10 bitwaje imbunda bateye kandi batwika abantu 10 mu gasantere k’ubucuruzi ka Kyitehurizi, Paruwasi ya Kyabandara mu Murenge wa Kamwenge, uherereye hafi ya Pariki y’Igihugu ya […]

RDC: Abanyamahanga 5 batawe muri yombi muri dosiye ifitanye isano n’amatora

Kuri uyu wa Kabiri, minisitiri w’umutekano wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo yatangaje ko ahangayikishijwe n’ikibazo gishobora guhungabanya amatora yemeza ko hari abanyamahanga batanu batawe muri yombi bashinjwa kugira ibikoresho by’itumanaho bitemewe. Minisitiri Peter Kazadi yabitangaje mu kiganiro n’itangazamakuru kuri uyu wa Kabiri i Kinshasa, aho yemeje ko hari imitwe imwe ya politiki yamaze gutegura […]

DRC: Foreigners arrested and election observers suspected

The Congolese government expressed its concern on Tuesday about an imminent threat to the electoral process in the Democratic Republic of Congo. The Deputy Prime Minister and Minister of the Interior, Security and Customary Affairs, Peter Kazadi Kankonde, declared in a press conference that certain political offices are preparing to contest the results planned by […]

Abaturage ba Afurika y’Epfo binjira mu Ngabo za Israel bashobora kwisanga mu mazi abira

Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Afurika y’Epfo yihanangirije abaturage b’iki gihugu binjira mu Gisirikare cya Israel ibabwira ko bazakurikiranwa n’amategeko mu gihe amakimbirane akomeje kuba muri Gaza. Iyi minisiteri mu itangazo ryayo kuwa Mbere yagize iti: “Guverinoma ya Afurika y’Epfo ihangayikishijwe cyane na raporo zivuga ko bamwe mu baturage ba Afurika y’Epfo ndetse n’abahatuye bihoraho bifatanije […]

Menya ba Général de Brigade 4 bazamuwe mu ntera na Perezida Kagame

Perezida Paul Kagame akanaba Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, yaraye azamuye mu ntera abasirikare barenga 700 barimo ba Brigadier General (GĂ©nĂ©ral de Brigade) bane yahaye ipeti rya Major General (GĂ©nĂ©ral-Major). Aba barimo Brig Gen Vincent Gatama, Brig Gen John Baptist (Jean Baptiste) Ngiruwonsanga, Brig Gen Denis Rutaha na Brig Gen Ephraim Rurangwa. Maj Gen Gatama […]

Munyemana Sosthene yahisemo kuba “ikiraro cy’urupfu” – Ubushinjacyaha

Mu gusoza imyanzuro yabwo, ubushinjacyaha busabye Urukiko rwa Rubanda rw’i Paris kwemeza ko umunyarwanda Dr Munyemana SosthĂšne ahamwa n’icyaha cya jenoside no kumuhanisha igifungo cy’imyaka 30. Abunganizi be bo barasaba ko rwemeza ko ari umwere. Imyanzuro y’umushinjacyaha iragana ku ndunduro! Nta n’isazi ikoma. Umenya, kimwe n’abantu, uburemere bw’ibivugwa bwaziteye guceceka. Umushinjacyaha Sophie Havard ageze ku […]

Nyagatare: Bahangayikishijwe n’ubucuruzi bwa lisansi butemewe bukorerwa mu ngo

Bamwe mu baturage bo mu Karere ka Nyagatare bagaragaje impungenge z’icuruzwa ritemewe n’amategeko rya lisansi no mu turere bituranye aho kuyicururiza muri sitasiyo za lisansi aho amabwiriza ajyanye n’umutekano yubahirizwa. Ntibisobanutse neza uburyo abantu bamwe babona lisansi ku bwinshi bakayigurisha ahantu hatemewe. Hamwe n’umuyoboro wongerewe n’imihanda y’imihahirano, ubucuruzi bw’ubwikorezi buratera imbere mukarere, bivugwa ko bituma […]

Ruto yemeje ko batatumiye u Rwanda, Uganda, u Burundi, na Tanzaniya ku Munsi w’Ubwigenge

Perezida William Ruto ku Cyumweru yateye utwatsi amakuru avuga ko umubano wa Kenya n’ibindi bihugu bihuriye mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba waba ugenda urushaho kwangirika nyuma y’uko abakuru b’ibihugu byo muri uyu muryango batitabiriye Umunsi w’Ubwigenge ku nshuro ya 60. Umubano wa Kenya na Uganda na Tanzaniya ‘umeze neza’, nk’uko byatangajwe n’umukuru w’igihugu, wahakanye ko […]

The Ben agiye kuzana Meddy mu Rwanda

Umuhanzi Ngabo Medard wamenyekanye nka Meddy agiye kuza i Kigali aho ategerejwe mu bukwe bwa The Ben buzaba kuri uyu wa Gatandatu taliki 23 Ukuboza 2023.Ni Meddy utegerejwe n’abatari bacye n’ubwo bitazwi neza ko azaririmba muri ubu bukwe butegerejwe n’ingeri zitandukanye. Ni nyuma y’uko atabonetse mu muhango wo gusaba no gukwa wabaye ku wa Gatandatu […]

AU yasabye impande zihanganye muri Sudani guhagarika imirwano byihuse

Umuyobozi wa Komisiyo y’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe (AU), Moussa Faki Mahamat, yahamagariye Ingabo za Sudani n’iz’umutwe wa RSF bahanganye guhagarika imirwano byihuse no kugira uruhare mu biganiro bigamije kubaka no kubungabunga amahoro muri Sudani. Mahamat yashimangiye ko Umuryango wa AU witeguye gukomeza gukorana n’abafatanyabikorwa b’igihugu, ndetse n’abafatanyabikorwa mu karere ndetse n’Isi yose kugira ngo […]

Umutingito ukaze wibasiye u Bushinwa umaze guhitana abasaga 100

Mu Bushinwa, umutingito ufite ubukana bwa 6.2 wibasiye intara ya kure, y’imisozi iri mu majyaruguru y’ikibaya cya Qinghai-Tibet, m ijoro rishyira kuri uyu Kabiri, uhitana ubuzima bw’abantu bagera kur 118 kandi abantu barenga 400 barakomereka. Ibikorwa byo gutabara no gufasha birakomeje, kandi itsinda ryoherejwe gusuzuma ingaruka z’iki kiza. Umubare nyawo w’abantu babuze nyuma y’umutingito nturamenyekana […]

Perezida Kagame yazamuye mu ntera ba Brig Gen 4 na ba Colonel 17

Perezida Paul Kagame akanaba Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda (RDF), yazikozemo impinduka zasize hari abasirikare bakuru azamuye mu ntera. Itangazo ryasohowe n’ubuyobozi bukuru bwa RDF rivuga ko mu bazamuwe mu ntera harimo ba Brigadier General bane bagizwe ba Major General. Abasirikare 17 bari bafite ipeti rya Colonel bo bazamuwe mu ntera bagirwa ba Brigadier General, […]

Kinshasa: Tshisekedi yeruye ko yiteguye gushoza intambara ku Rwanda

Perezida FĂ©lix Antoine Tshisekedi yatangaje ko ateganya gusaba Inteko Ishinga Amategeko y’Igihugu cye kumwemerera gushoza intambara ku Rwanda, mu gihe ihuriro riyobowe na Corneille Nangaa ryaba hari undi mudugudu wa RDC ryigaruriye. Tshisekedi yabitangaje kuri uyu wa Mbere tariki ya 18 Ukuboza, ubwo yari ahitwa Sainte ThĂ©rĂšse i Kinshasa aho yari yakomereje ibikorwa bye byo […]

Ubwato bwo muri Norvege bwagabweho igitero n’inyeshyamba z’Aba-Houthi mu Nyanja Itukura

Ubwato bwikoreye ibikomoka kuri peteroli bwo muri Norvege bwarasiwe mu Nyanja Itukura n’inyeshyamba z’Aba-Houthi zo muri Yemen. Abayobozi ba Leta Zunze Ubumwe za Amerika bavuze ko M / V Swan Atlantic, ubwato butwara ibikomoka kuri peteroli, n’amavuta yo gutekesha bwarashweho, kuri uyu wa Mbere, ibisasu byinshi biturutse mu gace kagenzurwa n’inyeshyamba z’Aba-Houthi bugeze mu majyepfo […]

German Foreign Minister Baerbock is in Rwanda

Foreign Minister Annalena Baerbock is in Rwanda from 17 to 19 December for the opening of the first mRNA vaccine plant. Talks with her counterpart and representatives of civil society are also on the agenda. German Foreign Minister Annalena Baerbock says Africa will have the full support of Germany and the European Union when fighting […]

Paris: Ubushinjacyaha bwasabiye Sosthene Munyemana igifungo cy’imyaka 30

Ubushinjacyaha bukuru muri Paris kuri uyu wa Mbere bwasabye urukiko gukatira Umunyarwanda Sosthene Munyemana igifungo cy’imyaka 30 kubera uruhare yagize muri Jenoside yakorewe Abatutsi, n’ibyaha byibasiye inyokomuntu ndetse n’ubufatanyacyaha bwe muri ibyo byaha. Ubushinjacyaha bwabiye abacamanza buti «  Ntumuhangayikishwe n’imyaka ye cyangwa imyaka ishize jenoside ibaye. Kumuhana kandi n’umwanya wo gutuma atekereza kubyo yakoze, no […]

Le Rwanda signe un accord de siĂšge pour une fondation pharmaceutique africaine

Le gouvernement du Rwanda a signĂ© lundi 18 dĂ©cembre un accord de siĂšge pour la Fondation africaine de technologie pharmaceutique (APTF), une agence panafricaine visant à  promouvoir l’utilisation de la technologie dans l’Ă©cosystĂšme mĂ©dical du continent. L’institution créée et approuvĂ©e par le conseil d’administration de la Banque africaine de dĂ©veloppement (BAD) en juin 2022, à  […]

Bemba arashinja Katumbi gutegura igikorwa cyo kwiba amajwi yifashishije Abarusiya

Mbere y’amatora muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Jean-Pierre Bemba yahisemo umunsi wanyuma wo kwiyamamaza yibasira umukandida MoĂ ÂŻse Katumbi, mu kiganiro cyihariye yahaye Top Congo FM, imwe mu maradiyo yigenga akomeye mu gihugu. Imbere y’umunyamakuru Christian Lukakueno, Bemba ntiyigeze arya iminwa, yita Katumbi umubeshyi utagira urugero. Ati «  Ndamuzi
 ni umubeshyi. Arabeshya ahantu hose. Abeshya […]

Guinea: Ububiko rukumbi bw’ibikomoka kuri peteoli i Conakry bwafashwe n’inkongi y’umuriro

Iturika rihambaye kuri uyu wa Mbere, itariki 18 Ukuboza nyuma gato ya saa sita z’ijoro, mu bubiko bwa peteroli i Conakry, ryateje inkongi y’umuriro mwinshi hejuru y’icyambu cyo mu murwa mukuru wa Guinea. Ibijyanye n’abapfuye cyangwa abakomeretse ntibirasobanuka. Urusaku rw’uko guturika rwunvikanye kugera kure cyane mu nkengero za Conakry. Iturika ryabaye nyuma ya saa sita […]

Ntwali Fiacre yabuze igikombe ku munota wa nyuma

Ikipe ya TS Galaxy ikinamo Umunyezamu w’Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’, Ntwali Fiacre, yatakaje igikombe cya Knockout nyuma yo gutsindirwa ku mukino wa nyuma na Stellenbosch FC. Ntwali na bagenzi bari barageze ku mukino wa nyuma w’iri rushanwa wakinwe ku wa Gatandatu, nyuma yo gusezerera amakipe arimo ikigugu Mamelodi Sundowns. Stellenbosch FC yabatwaye igikombe ibatsinze kuri penaliti […]

Minisitiri w’Intebe yakiriye Visi Perezida wa Komite y’Inama Ngishwanama ya Politiki y’Abashinwa

Minisitiri w’intebe Edouard Ngirente kuri iki Cyumweru, itariki 17 Ukuboza, yakiriye Mu Hong, Visi Perezida wa Komite y’Inama Ngishwanama ya Politiki y’Abashinwa (CPPCC). Ibiganiro byabo byibanze ku nzego z’ubufatanye, hasuzumwa iterambere ryagezweho kugeza ubu. Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga, Clementine Mukeka, yagaragaje uruhare rukomeye rwa CPPCC nk’urwego ngishwanama rukomeye muri Repubulika ya Rubanda y’u […]

Munyemana Sosthene “Yazimiriye mu binyoma bye”- Abavoka

Mu myanzuro yabo ya nyuma, mu rukiko rwa Rubanda rw’i Paris mu Bufaransa, abavoka b’abahohotewe n’abaregera indishyi, nta ngingo ishinja bashaka gusiga inyuma. Muri kiriya gihe jenoside yayogozaga u Rwanda, Munyemana SosthĂšne yahera he avuga ko atari azi ibirimo kuba. Kubera ko ahakana uruhare urwo ari rwo rwose muri Jenoside yakorewe Abatutsi 1994, abavoka bamugaragaza […]

Nairobi yitandukanije n’itangazo ry’ishingwa rya Alliance Fleuve Congo

Nyuma y’amasaha 48 i Nairobi hatangarijwe ko hatangajwe ihuriro rya politiki rifite n’igisirikare “Alliance River Alliance” na Corneille Nangaa wahoze ari perezida wa komisiyo yigenga y’amatora yigenga (CENI), Repubulika ya Kenya, ibinyujije muri Minisiteri y’ububanyi n’amahanga ndetse na diaspora, “yitandukanyije n’itangazo cyangwa ibikorwa byose bishobora guhungabanya amahoro n’umutekano by’igihugu cy’inshuti cya DRC”. Nk’uko bigaragara mu […]

Uvira: Umukandida ku mwanya w’umudepite yishwe arashwe

Umukandida depite ku rwego rw’intara ya Kivu y’Amajyepfo mu matora rusange ateganijwe muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Ndabuye Sadiki Espoir uzwi cyane nka Richa, yishwe arashwe n’abantu bitwaje ibirwanisho bataramenyekana. Yari umukandida depite mw’ishyaka UDPS riyobowe na Perezida Felix Tshisekedi. Yari anakuriye urugaga rw’abacuruzi mu mujyi wa Uvira. Bamwe mu babibonye bari hafi y’ibitaro […]

Amerika iravuga ko ihangayikishijwe na AFC igizwe na Nangaa, M23 n’abandi yafatiye ibihano

Ambasade y’Amerika i Kinshasa yatangaje ko ihangayikishijwe cyane n’ishingwa kuwa 15 UUkuboza 2023 ry’ihuriro rya Alliance du Fleuve Congo, rigizwe n’abarimo Corneille Nangaa wahoze ayobora Komisiyo y’Amatora (CENI) n’Umuyobozi wa Twirwaneho, Michel Rukunda, na M23, abantu bafatiwe ibihano na Amerika. Mu butumwa yanyujije kuri X, Ambasaderi wa Amerika, Lucy Tamlyin, yavuze ko Alliance du Fleuve […]

Vatikani: Urukiko rwakatiye Karidinari Angelo Becciu imyaka 5 n’igice y’igifungo

Urukiko mpanabyaha rwa Vatikani rwakatiye, kuri uyu wa Gatandatu, itariki ya 16 Ukuboza 2023, igifungo cy’imyaka itanu n’igice ku rwego rwa mbere umukaridinari wo mu rwego rwo hejuru wo mu Butaliyani, wegereye Papa Benedigito, kubera forode, nyuma y’urubanza rwerekeranye n’imari ya Vatikani. Uwahoze ari umujyanama wa hafi wa Papa Fransisko, Karidinali Angelo Becciu, ufite imyaka […]

Abimukira basaga 60 baburiwe irengero nyuma y’impanuka hafi y’inkombe za Libya

Umuryango mpuzamahanga ushinzwe abimukira (IOM) wavuze ko abimukira barenga 60 bakekwaho kurohama nyuma y’uko ubwato bari barimo burohamye hafi y’inkombe za Libya. Iki kigo cy’Umuryango w’Abibumbye kivuga ku barokotse, cyatangae oo ubwato bwahagurutse mu Muyi wa Zuwara ku wa Gatandatu hamwe n’abantu bagera kuri 86. Cyavuze ko umuraba mwinshi warohamishije ubwato kandi ko abimukira 61 […]

Le vice-maire Gashema rappellle les qualitĂ©s d’un bon enseignant

dbd63649-7f97-4154-a14f-b9470bf382f3.jpg

Pour espĂšrer atteindre la vision 2020/2050 d’une Ă©conomie basĂ©e sur la connaissance, le vice-maire en charge du dĂ©veloppement Ă©conomique dans le district de Nyaruguru, Janvier Gashema, rappelle aux enseingants de son district les qualitĂ©s essentielles qu’ils doivent possĂšder: la compĂ©tence, la formation continue, l.adaptabilitĂ©, l’organisation, l’exemplaritĂ©, les valeurs et l’éthique rwandaise, l’esprit d’équipe, la propretĂ© […]

Umujyi wa Kigali wabonye Meya mushya

Dusengiyumva Samuel wahoze ari Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu, yatorewe kuba Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali. Ni inshingano yasimbuye Rubingisa Pudence waraye agizwe na Perezida Paul Kagame Guverineri w’Intara y’Iburasirazuba. Dusengiyumva winjiye mu bajyanama b’Umujyi wa Kigali mu ijoro ryakeye, yatorewe kuba Meya w’Umujyi wa Kigali ahigitse Baguma Rose bari bahatanye mu matora. Ni amatora […]

Hongria yitambitse inkunga ya miliyari 50$ EU yashakaga guha Ukraine

Hongria yitambitse inkunga ya miliyari 50$ y’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi kuri Ukraine nyuma y’amasaha macye hagezwe ku masezrano yo gutangira ibiganiro ku kwinjira muri uyu muryango kw’iki gihugu kiri mu ntambara n’u Burusiya. Minisitiri w’intebe wa Hongria, Viktor Orban, nyuma y’ibiganiro byabereye i Buruseli, yagize ati: “Incamake y’iri joro: guhagarika amafaranga y’inyongera muri Ukraine.” Abayobozi […]