Musanze: Abarokotse bafite impungenge zâinzu bubakiwe zenda kubagwira
Mu Mudugudu wa Kiryi, mu Murenge wa Muhoza, Akarere ka Musanze, abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, bavuga ko batewe impungenge nâinzu zigiye kubagwaho bubakiwe kuko mu bihe byâimvura hari ubwo bitwikira imitaka kubera ko amwe mu mabati yatobotse. Ni umudugudu wubatswe mu 2007, ariko bamwe mu bawutujwemo bavuga ko nubwo babonye ako bikinga batabura […]
Uganda yamaze gukura ku butaka bwa Congo ingabo zose zari muri EACRF

Ingabo za Uganda (UGACON) zari mu butumwa bwâIngabo zâUmuryango wa Afurika yâIburasirazuba (EACRF) zarangije gusohoka muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DRC) nyuma yo kurangira kwa manda yâizi ngabo ku itariki ya 8 Ukuboza 2023. Ingabo za Uganda muri EACRF zari zoherejwe i Mabenga, Chengerero, Kiwanja na Bunagana muri Teritwari ya Rutshuru, muri Kivu y’Amajyaruguru. […]
RDC: Agahenge kari kamaze iminsi 3 kongereweho ibyumweru bibiri
Nkâuko byatangajwe n’umuyobozi mukuru muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika uzi neza ibyabaye, ngo impande ziihananye zemeye guhagarika imirwano mu bice byo mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DRC) mu gihe cyâibindi byumweru bibiri byiyongera ku gahenge kâiminsi itatu kabanje. Umwe mu bayobozi mu buyobozi bwa Biden, wanze ko izina rye ritangazwa, yagize […]
U Budage/Danemark: Hafashwe abakekwaho gukorana na Hamas bashakaga kwibasira Abayahudi
Abategetsi bo mu Budage baravuga ko bafashe abantu bane bakekwaho kuba muri Hamas bafitanye isano nâumugambi wo kugaba ibitero ku bikorwa byâAbayahudi. Abashinjacyaha bavuze ko abakekwa bari bagamije kubika intwaro i Berlin kugira ngo bazazikoreshe mu gitero. Abategetsi ba Danemark na bo bavuze kandi ko bataye muri yombi abantu batatu baregwa gutegura igitero nkâiki ariko […]
Senegal: Urukiko rwemereye umunyapolitiki Sonko wari ufunzwe kwiyamamaza mu matora ataha
Urukiko Rukuru rwa Dakar rwategetse ko umuyobozi wâabatavuga rumwe nâubutegetsi Ousmane Sonko asubizwa ku gitabo cyâamatora kuri uyu wa Kane, bifungurira inzira uyu munyapolitiki wari ufunzwe, yo kuziyamamaza mu matora yâumukuru w’igihugu yo mu mwaka utaha muri Senegal. Uyu munyapolitiki utavuga rumwe nâubutegetsi yakuwe ku rutonde wâitora na guverinoma nyuma yo guhamwa nâicyaha cyo kwangiza […]
Barore yagizwe umuyobozi wa RBA Arthur Asiimwe yasimbuye yoherezwa i Washington

Umukuru wâIgihugu, Paul Kagame, kuri uyu wa Kane, itariki 14 Ukuboza, yashyizeho abayobozi batandukanye abandi bahindurirwa imirimo aho umunyamakuru Cleophas Barore wari umaze igihe akorera RBA, yagizwe umuyobozi wa yo, naho Arthur Asiimwe yasimbuye akoherezwwa muri Ambasade yâu Rwanda i Washington.
RDC: Police investigate murder of Belgian Catholic priest
A priest of the congregation of the Salesians of Don Bosco, Father Pol Feyen (82 years old) was found dead last Monday December 11 at the convent in the grounds of the Mary Help of Christians parish located in the Abattoir district, in the commune of Masina in Kinshasa . According to witnesses, this religious […]
Koreya yâEpfo iravuga ko indege zâintambara zâu Bushinwa nâu Burusiya zasatiriye ikirere cyayo
Igisirikare cya Koreya y’Epfo kiravuga ko cyohereje indege z’intambara mu rwego rwo gusubiza indege za gisirikare z’u Bushinwa n’u Burusiya zanyuraga mu kirere cyayo cyâubwirinzi itabimenyeshejwe. Indege enye zâu Burusiya nâebyiri zâu Bushinwa zambutse zinjira muri kirere cyâubwirinzi cya Koreya yâEpfo kizwi mu Cyongereza nka Korea Air Defense Identification Zone (KADIZ) hejuru yâInyanja yâu Buyapani, […]
Amasaha yo gufungiraho nijoro yakuweho muri ibi bihe byâiminsi mikuru
Imyidagaduro ya nijoro, ubunywero, utubyiniro, na resitora, bizatangira gukora kugeza saa kumi nimwe zâigitondo guhera kuwa Gatanu, itariki 15 Ukuboza mugihe u Rwanda rwinjira mu minsi mikuru isoza umwaka. Mu kiganiro yahaye The New Times, Bruce Intore, nyiri akabyiniro ka La Noche, yemeje aya makuru, avuga ko gukuraho amasaha yo gutaha ari ibisubizo byâibiganiro ba […]
Le dĂ©fenseur d’Arsenal Jurrien Timber est en visite au Rwanda

Le dĂ©fenseur dâArsenal FC, Jurrien Timber, qui se trouve actuellement au Rwanda pour une visite, a dĂ©crit lâexpĂ©rience comme « incroyable  » et « passionnante  ». Aux cĂŽtĂ©s de sa petite amie, l’international nĂ©erlandais a atterri jeudi 14 dĂ©cembre Ă Â l’aĂ©roport international de Kigali pour entamer sa visite de trois jours qui comprendra diverses activitĂ©s, […]
Umukobwa wa Pasiteri Mpyisi yikomye ababitse urupfu rwâumubyeyi we ari muzima

Umukobwa wa Pasiteri Ezra Mpyisi, Diana Mpyisi yikomye imwe mu miyoboro ya youtube avuga ko irimo gukwirakwiza amakuru yâibinyoma yâuko uyu mubyeyi we yapfuye. Abinyujije kuri X (yahoze ari twitter), Diana Mpyisi yanditse ati âIsoni ku miyoboro ya YouTube iri gukwirakwiza ibinyoma kuri Pasiteri Mpyisi. Ni muzima kandi ameze neza, kubwâubuntu bw’Imana.â Shame on the […]
Papa Francis yahisemo ahantu azashyingurwa hatari muri Bazilika ya St. Pierre
Umushumba wa Kiliziya Gaturika, Papa Francis yahisemo ahantu azashyingurwa hatari muri Bazilika ya Mutagatifu Petero ahashyinguye abandi bamubanjirije nkâuko yabihishuye mu kiganiro yatanze kuri uyu wa Gatatu ushize. Papa Francis uzuzuza imyaka 87 ku Cyumweru, mu kiganiro na Televisaâs N+ yo muri Mexique, yagize ati “Umwanya wamaze gutegurwa. Ndashaka gushyingurwa muri Santa Maria Maggiore.” Muri […]
Gakenke: Ibyiciro byâubudehe bikigenderwaho hari serivisi bibavutsa
Mu Murenge wa Kamubuga mu Karere ka Gakenke baravuga ko hari zimwe muri serivisi batabasha kubona bitewe nâuko ibyiciro byâubudehe bigikoreshwa iwabo ubuyobozi bwâakarere bukaba buvuga ko bwihaye umukoro wo kwibutsa abayobozi bo mu nzego zâibanze guhagarika iyo mikorere. Abaturage bo muri uyu murenge wa Kamubuga bavuga ko ibyiciro byâubudehe bikoreshwa bigashingirwaho mu kubaha serivise […]
Guinea-Bissau: Igipolisi cyatatanyije abadepite bageragezaga kwinjira mu nteko
Muri Guinea-Bissau, itsinda ryâabarwanashyaka barimo abadepite bo mu ihuriro PAI-Terra Ranka batatanyijwe ku ngufu nâIgipolisi gikoresheje ibyuka biryana mu maso imbere yâInteko Ishinga Amategeko kuri uyu wa Gatatu ushize, itariki ya 13 Ukuboza. Abadepite bari bitabiriye umuhamagaro wa Perezida wâInteko, Domingos Simà ”es Pereira, ari nawe uyoboye iryo huriro, wafashe icyemezo cyo gukomeza imirimo yâinteko nubwo […]
Gasabo: Batawe muri yombi nyuma yo gufatanwa amacupa asaga 4000 yâamavuta yangiza uruhu
Polisi yâu Rwanda ku bufatanye nâizindi nzego zâumutekano nâabaturage, yafatiye mu Karere ka Gasabo abagabo batatu bakurikiranyweho kwinjiza mu gihugu no gukwirakwiza amavuta yangiza uruhu azwi nka mukologo nyuma yo kubagwa gitumo bafite amacupa yayo 4136. Yafatiwe mu gipangu cyâumugabo ufite imyaka 32 ari nawe nyirayo giherereye mu Mudugudu wa Karubibi, Akagari ka Cyaruzinge mu […]
Israel izakomeza intambara na Hamas yashyigikirwa itashyigikirwa â Eli Cohen
Minisitiri wâububanyi nâamahanga wa Israel yatangaje ko Israel izakomeza intambara irwana na Hamas yashyigikirwa cyangwa itashyigikirwa nyuma yâInteko Rusange yâUmuryango wâAbibumbye kuri uyu wa Kabiri ushize yasabye ko intambara ibera muri Gaza ihagarara. Muri yi nama, Israel yabaye nkâisigaye yonyine nyuma yo kweekwa nâUmuryango wâAbibumbye ko wifuza ko yahagarika intambara irimo muri Gaza. Ni nyuma […]
Myugariro wa AS Kigali wavugwagaho guhohotera umusifuzi Umutoni ntazakurikiranwa
Ishyirahamwe yâumupira wâamaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryatangaje ko myugariro wa AS Kigali, Jean Bosco Akayezu, atazakurikiranwa mu gihe bivugwa ko yahohoteye umusifuzi Aline Umutoni. Akayezu amaze iminsi agibwaho impaka nyuma yâaho ifoto ye yamamaye cyane igiye ahagaragara akora mu gituza cya Umutoni ubwo yageragezaga kumvisha umusifuzi kutamuha ikarita ya kabiri y’umuhondo kubera ikosa yari akoreye […]
Nigeria: Abantu bitwaje intwaro bashimuse Abanyakoreya 2 bica abasirikare 4
Abantu bitwaje imbunda batamenyekanye bateze igico imodoka za sosiyete ikora ubucukuzi bwa peteroli muri Leta ya Rivers yo mu majyepfo ya Nigeria maze bashimuta abakozi babiri bo muri Koreya y’Epfo bica abasirikare bane. Izi modoka zaguye mu gico kuri uyu wa Kabiri ushize ku muhanda Ahoada-Abua hafi y’umuhanda uva iburasirazuba ugana mu burengerazuba muri iyi […]
Katumbi yasubitse kwiyamamaza i Kananga na Tshikapa nyuma yo kurusimbuka
Kuri uyu wa Gatatu, MoĂ ÂŻse Katumbi, umukandida ku mwanya wa perezida muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DRC), yahagaritse byâagateganyo kwiyamamaza kwe mu mijyi ya Kananga na Tshikapa. Iki cyemezo yagifashe nyuma yâurugomo rwadutse ejo kuwa Kabiri i Muanda, mu Ntara yo Kongo Central, aho yari yagiye kwiyamamariza bikarangira abantu benshi bakomeretse ndetse we akemeza […]
AfDB approves $696.41 million of financing for Burundi and Tanzania to build 650 kilometers of rail infrastructure
The Board of Directors of the African Development Bank Group has approved various financing structures valued at $696.41 million for Burundi and Tanzania to start Phase II of the Joint Tanzania-Burundi-DR Congo Standard Gauge Railway (SGR) Project. The Bank Group’s financing is intended to construct 651 kilometers on the Tanzania-Burundi railway line. The work will […]
Kampala: Urukiko rwakatiye imyaka 105 yâigifungo umusore wishe abakunzi be 4 nâuruhinja
Urukiko Rukuru rwa Kampala kuri uyu wa gatatu, itariki 13 Ukuboza 2023, rwakatiye uwitwa Musa Musasizi wâimyaka 25, igifungo cyâimyaka 105 nyuma yo kumuhamya icyaha cyo kwica abakobwa bane bari inshuti ze nâuruhinja rwâamezi atatu mu 2021. Musasizi yemeye ko yishe abantu batanu barimo abakobwa bane bari abakunzi be nâuruhinja rwe rwâamezi atatu, ubwicanyi yakoreye […]
U Burundi na Tanzania byahawe hafi miliyoni 700$ yo kubaka umuhanda wa gari ya moshi
Inama yâUbuyobozi ya Banki Nyafurika itsura Amajyambere (BAD) yemeje inzego zinyuranye zâinguzanyo zifite agaciro ka miliyoni 696.41 zâamadolari agenewe u Burundi na Tanzaniya kugira ngo batangire icyiciro cya kabiri cyâumushinga uhuriweho wo kubaka umuhanda wa gari ya moshi uzwi nka Tanzania-Burundi-DR Congo Standard Gauge Railway (SGR). Inkunga ya BAD igamije kubaka kilometero 651 zâumuhanda wa […]
Centrafrica: Igitero ku nkambi ya Wagner cyahitanye abacanshuro 3 bâAbarusiya
Muri Repubulika ya Centrafrica, igitero cyagabwe mu ijoro ryo ku wa Gatandatu rishyira ku Cyumweru, itariki ya 10 Ukuboza, ku birindiro by’abacanshuro b’Abarusiya mu gace ka Kaga-Bandoro hagati mu burengerazuba bw’igihugu, cyahitanye nibura abacanshuro batatu bâAbarusiya abandi batanu barakomereka. Iyi niyo mibare yatangajwe n’abayobozi bo muri Centrafrica nyuma y’iki gitero bivugwa ko cyakoreshejwemo na drone. […]
Kigali imbere mu mijyi 10 muri Afurika ifite ba rwiyemezamirimo benshi bashinga business

Ku rutonde rw’imijyi 10 yo muri Afurika irimo ba rwiyemezamirimo benshi bari gushinga za business, Umujyi wa Kigali waje ku mwanya wa mbere n’amanota 116,5, ukurikiwe na Abuja (Nigeria) ifite 111.1 na Kampala n’amanota 106.4, mu gihe ku mwanya wa 10 haza Lusaka n’amanota 78.3. Kugira abashoramari bakomeye ndetse na ba rwiyemezamirimo bashinze business zikora […]
Ethiopia: Minisitiri yafashwe ashinjwa gushaka guhirika ubutegetsi
Kuri uyu wa Kabiri, itariki 12 Ukuboza ibitangazamakuru bya leta byatangaje ko umunyamabanga wa leta muri Guverinoma ya Ethiopia wari ushinzwe amahoro yirukanwe kandi atabwa muri yombi ashinjwa kuba yarafatanije nâimitwe yigometse ku butegetsi mu gushaka kubuhirika. Iki cyemezo cyo guta muri yombi Taye Dendea, umwe mu bayoboke bakuru bâishyaka rya Minisitiri wâIntebe, Abiy Ahmed, […]
Hagaragajwe ko ingendo z’abanyeshuri bazaba bajya mu biruhuko zizakorwa

Ikigo cyâigihugu gishinzwe ibizamini bya leta nâubugenzuzi bwâamashuri (NESA) cyashyize ahagaragara uko ingendo zâabanyeshuri biga bacumbikirwa bazaba bava ku ishuri basoje igihembwe cya mbere cyâumwaka wâamashuri 2023/2024 zizakorwa.
Les lĂ©gislateurs britanniques votent en faveur d’un nouveau traitĂ© sur la migration avec le Rwanda
Les lĂ©gislateurs britanniques ont votĂ© mardi 12 dĂ©cembre en faveur du nouveau traitĂ© migratoire signĂ© entre leur pays et le Rwanda. SignĂ© le 5 dĂ©cembre Ă Â Kigali par les ministres des Affaires Ă©trangĂšres des deux pays, l’accord vise Ă Â relancer le Partenariat pour la migration et le dĂ©veloppement Ă©conomique (MEDP), jugĂ© illĂ©gal par la Cour […]
Burundi: Abasirikare barenga 500 baba bafunzwe bazira kwanga kurwana na M23
Amakuru aturuka mu gihugu cy’u Burundi aravuga ko hari abasirikare barenga 500 b’iki gihugu baba bafunzwe bazira kwanga gukomeza kurwana intambara y’Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) n’umutwe wa M23. Abo bivugwa ko bafunzwe ni abaheruka gusubizwa mu Burundi nyuma yo kuvanwa mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Amakuru avuga ko hagati yo ku […]
Pakistan: Igitero cy’ubwiyahuzi ku kigo cya gisirikare cyahitanye abasirikare basaga 20
Itsinda ryâabiyahuzi batandatu kuri uyu wa Kabiri, itariki 12 Ukuboza, ryinjije ikamyo yari itwaye ibisasu mu kigo cya gisirikare giherereye mu majyaruguru yâiburengerazuba bwa Pakistan, mu gitero cyahitanye byibuze abasirikare 23, igisirikare cyavuze ko ari wo mubare munini wâabapfuye mu gitero kimwe muri iyi myaka ishize, mu gihe habura amezi atagera kuri abiri ngo amatora […]
General elections will take place in July 2024
The National Electoral Commission has set July 14 and 15, 2024, as the dates for the elections of the President of the Republic, and that of specified Members of Parliament (Deputies), according to a new Presidential Order. The Presidential Order of December 11, 2023, relating to elections of the President of the Republic and Deputies […]
Hagenwe igihe amatora ya perezida n’abadepite azabera
Komisiyo y’igihugu ishinzwe amatora yagennye itariki ya 14 n’iya 15 Nyakanga 2024, nk’amatariki azaberaho amatora ya Perezida wa Repubulika, n’ay’abagize Inteko Ishinga Amategeko, nk’uko Iteka rishya rya Perezida ribiteganya. Iteka rya Perezida ryo ku itariki ya 11 Ukuboza 2023, ryerekeye amatora ya Perezida wa Repubulika n’abadepite ryasohotse mu Igazeti ya Leta kuri uwo munsi. Ryerekana […]
Amafoto: Habaye ihererekanyabubasha hagati ya Meya mushya wa Gakenke nâuwo yasimbuye

Mu cyumba cy’inama cy’Akarere kuri uyu wa Kuri uyu wa Kabiri, itariki ya 12 Ukuboza, habereye umuhango w’ihererekanyabubasha ku wari Umuyobozi w’Akarere w’Agateganyo AimeNiyonsenga n’Umuyobozi mushya w’aka Karere, Mukandayisenga Vestine. Uyu muhango witabiriwe nâabantu barimo Minisitiri muri Perezidansi ya Repubulika, Judith Uwizeye, Guverineri wâIntara yâAmajyaruguru, Maurice Mugabowagahunde, abagize Inama Njyanama y’Akarere, na Visi Meya ushinzwe […]
Bubanza: Red-Tabara yigambye igitero ivuga ko yiciyemo abasirikare 3 bâu Burundi

Umutwe wa Red-Tabara wigambye kugira uruhare mu mirwano yahuje abarwanyi bawo nâIgisirikare cyâu Burundi mu Ntara ya Bubanza mu ijoro ryo ku Cyumweru uvuga ko wivuganye abasirikare batatu. Mu ijoro ryo ku itariki ya 10 rishyira ku wa Mbere itariki 11 Ukuboza muri Komini ya Gihanga yo mu Ntara ya Bubanza nibwo habereye imirwano yahuriyemo […]
Lt. Gen. Muganga warwananye na se urugamba rwo kwibohora amurusha ipeti ni muntu ki?
Lt. Gen. Mubarakh Muganga, Umugaba Mukuru wâIngabo zâu Rwanda, ni umwe mu bagabo bafite ibigwi n’amateka mu Gisirikare cyâu Rwanda (RDF) kuva ku mu rugamba rwo kubohora igihugu, guhagarika Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, nâibindi bikorwa byâindashyikirwa yakomeje gukora na nyuma yaho. Usibye kuba ari umwe mu basirikare bafite igarade risumba ayandi mu ngabo zâu […]
Ibiganiro gusa ni byo byatanga umuti urambye mu bibazo bya RDC – U Bufaransa
Kuri uyu wa Mbere ushize, itariki ya 11 Ukuboza 2023, Nicolas De RiviĂšre, uhagarariye u Bufaransa muri Loni, yatangaje ko ibikorwa nkana bigamije guhungabanya Repubulika ya Demokarasi ya Congo amatora yegereje cyangwa guhungabanya inzira yâamatora bitemewe. Inama yari iteranye kugirango baganire ku kibazo cya politiki n’umutekano muri DRC. Ngo kubera impungenge zatewe nâibibazo biri mu […]
Afurika yâEpfo: Urukiko rwatesheje agaciro icyemezo cya Ramaphosa cyemeje Umwami wâAbazulu
Urukiko rukuru muri Afurika y’Epfo kuri uyu wa Mbere, itariki 11 Ukuboza rwemeje ko icyemezo cya Perezida Cyril Ramaphosa cyo kwemeza Umwami Misuzulu kaZwelithini nk’umutware w’Abazulu, ubwoko bunini muri iki gihugu, kitemewe n’amategeko. Umwaka ushize, guverinoma yemeye Misuzulu nk’Umwami wâigihugu cyâAbazulu, ahanini giherereye mu ntara yo mu majyepfo yâiburasirazuba ya KwaZulu-Natal. Bivugwa ko muri iki […]
Buruseli: Indwara itunguranye yafashe uwunganira Basabose yatumye urubanza rudapfundikirwa
Indwara itunguranye yafashe uwunganira Abanyarwanda Pierre Basabose na SĂ©raphin Twahirwa bakurikiranweho ibyaha bakekwaho gukora muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994, yatumye urubanza rwari gupfundikirwa kuri uyu wa Mbere ushize rwigizwayo. Biravugwa ko Maitre Jean Flamme yafashwe n’indwara yo kuva imyuna kuri uyu wa Mbere mu ma saa sita bituma yihutanwa kwa muganga. Abamwegereye […]
FARDC na M23 bemeye agahenge, u Rwanda na RDC bagaha umugisha
Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’inyeshyamba za M23 bemeranyije agahenge k’iminsi itatu, mu rwego rwo korohereza Ingabo z’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba gusubira iwabo. Iby’aka gahenge byemejwe na Leta Zunze Ubumwe za Amerika biciye mu itangazo ryasohowe na Perezidansi y’iki gihugu. Iri tangazo rivuga ko “Leta Zunze Ubumwe za Amerika zishimiye agahenge k’amasaha 72 […]
Kenya Airways igiye guhagarika ingendo zimwe kubera ibura ryâibyuma bisimbura ibishaje
Kompanyi yâindege ya Kenya Airways yabwiye abakiriya bayo kwitegura guhangana nâibishobora guhungabanya ingendo zâindege za yo mu gihe cyâibiruhuko bya Noheli kubera ikibazo cyâibura ryâibyuma byo gusimbura ibishaje. Isosiyete itwara abantu, imwe mu zikomeye muri Afurika, yavuze ko kubura ibyuma byâindege byo gusimbuza ibishaje, bizahagarika ingendo mu gihe cyâibyumweru bibiri nkâuko iyi nkuru dukesha Reuters […]
UPDF refutes Wazalendo’s claims that they arrested and killed Ugandan soldiers in Mushaki
Ugandan troops under a peacekeeping mission in North Kivu province, Eastern Democratic Republic of Congo have dismissed as malicious, propaganda reports that it engaged in fighting alongside the March 23 Movement (M23) in Masisi territory, North Kivu province. On Friday, the militia coalition under their umbrella Wazalendo who are fighting alongside Armed Forces of the […]
Tshisekedi azutse yakora Opozisiyo yo kurwanya umuhungu we bapfa FDLR
Abatuye mu gihugu cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ntibazibagirwa Nyakwigendera Etienne Tshisekedi wa Mulumba, uyu niwe washinze anaba umuyobozi wâIshyaka rya UDPS (Union for Democracy and Social Progress) mu mwaka wa 1982, ni we se wa perezida Felix Antoine Tshisekedi uyobora icyo gihugu kuri ubu. Etienne Tshisekedi azwiho kuba yarabaye umunyapolitiki utavuga rumwe nâubutegetsi […]
Gakenke: Abahinzi b’inanasi baremeza ko zabuze isoko bagatunga intoki abamamyi
Mu Karere ka Gakenke abakora ubuhinzi bw’inanasi baravuga ko babangamiwe no kuba babura aho bagurisha umusaruro wabo, bigatuma abamamyi babubikaho urusyo. Umwe muri aba bahinzi witwa Nsanzimana Gilbert wo mu Murenge wa Gakenke, avuga ko bamaze igihe cyâamezi agera kuri 6, umusaruro wabo basa nâaho bawutangira ubuntu ubundi bakawuha amatungo Ati: âUbundi iyo umuntu ari […]
Aba Wazalendo bigambye kwica no gufatira Ingabo za Uganda mu rugamba rwa Mushaki
Ingabo za Uganda ziri mu butumwa bwo kubungabunga amahoro mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo zamaganye icyo zise poropaganda mbi, ivuga ko zifatanya nâumutwe wa M23 muri Teritwari ya Masisi, aho Wazalendo yemeza ko zagize uruhare mu rugamba rwo muri Mushaki. Ku wa Gatanu, ihuriro ryâimitwe yâinyeshyamba rizwi nka Wazalendo […]
EACRF: Ingabo zâu Burundi 900 zari muri Kivu yâAmajyaruguru zatashye

Kuri iki Cyumweru, itariki ya 10 Ukuboza 2023, umugaba mukuru w’ingabo za EAC zoherejwe mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (EACRF), Maj Gen Aphaxard Kiugu ari kumwe na ba Brig. Gen. Emmanuel Kaputa, Gregoire Ndorarigonya, Michael Kibuye, Colonel Jok Akech n’abandi basezeye ku Ngabo zâu Burundi (BURCON) zatangiye kuva muri iki gihugu nyuma […]
RRA yazanye gahunda igiye korohereza abakora ubucuruzi mpuzamahanga
Ikigo cyâigihugu cyâimisoro n’amahoro (RRA) cyahamagariye abatumiza nâabohereza ibicuruzwa mu mahanga, abunganira abasora muri gasutamo nâabandi bafatanyabikorwa gusaba gushyirwa muri gahunda ya Authorised Economic Operator (AEO) igamije koroshya ubucuruzi mpuzamahanga mu gihe hubahirizwa amahame yâumutekano wâibicuruzwa. Ikinyejana cya 21 cyagaragayemo ubwiyongere bwâubucuruzi mpuzamahanga nâubwiyongere bukabije bwâibicuruzwa biva mu mahanga nâibyoherezwa mu karere ka Afurika yâiburasirazuba. […]
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zafatiye ibihano Meya wa Monrovia
Ubuyobozi bwa Amerika bwafashe icyemezo cyo gufatira umutungo uri muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika w’Umuyobozi wâUmujyi wa Monrovia, umurwa mukuru wa Liberia. Ambasade ya Amerika i Monrovia ivuga ko ashinjwa ihohoterwa rikorerwa abo batavuga rumwe muri politiki, guhonyora uburenganzira bwa muntu na ruswa nk’uko bitangazwa na VOA. Umuyobozi w’umujyi, Jefferson Koijee, arashinjwa kuba yarategetse […]
Inyeshyamba z’Aba-Houthi ziyemeje kwibasira amato yose ajya muri Israel
Kuri uyu wa Gatandatu, itariki 9 Ukuboza, inyeshyamba z’Aba-Houthi zo muri Yemeni zavuze ko zizibasira amato yose yerekeza muri Israel, zititaye ku gihugu avuyemo, zinaburira amasosiyete mpuzamahanga atwara abantu kwirinda kujya ku byambu bya Israel. Uyu mutwe uterwa inkunga na Iran urimo kongera ingaruka zâamakimbirane yo mu karere mu gihe intambara ikaze hagati ya Israel […]
UPDF iremeza ko yabonye amabwiriza yo gutangira kuva muri Congo
Ingabo za Uganda (UPDF) zari muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo mu butumwa bw’ingabo z’akarere ka Afurika yâIburasirazuba (EACRF), zatangiye kuva mu burasirazuba bw’igihugu. Nkâuko bitangazwa n’Ibiro Ntaramakuru bya Turkiya (Anadolu Agency), umwe mu bavugizi b’Ingabo za Uganda, Capt. Kato Ahmad Hassan, ngo amaherezo ingabo zabonye amabwiriza yo kuva mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi […]
Abasirikare bâu Burundi âbanze kurwanyaâ M23 baba bagejejwe i Bujumbura
Abasirikare bâu Burundi hafi 200 baravugwaho gucyurwa nyuma yo kwigumura, bakanga kwifatanya nâigisirikare cya Repubulika ya demukarasi ya Congo (RDC) nâimitwe ya Wazalendo mu kurwanya umutwe witwaje intwaro wa M23. Umurundi Pacifique Nininahazwe uyobora umuryango FOCODE utabariza ababurirwa irengero, aherutse gutangaza ko abasirikare bâu Burundi boherejwe kurwanya M23 bacitsemo ibice, bamwe banga kujya kujyayo kuko […]
Igerageza ry’urukingo rwa virus itera SIDA ryakorwaga muri Afurika ryahagaritswe imburagihe
Igerageza ryâurukingo rwâagakoko gatera SIDA muri Uganda, Tanzaniya na Afurika y’Epfo ryahagaritswe hakiri kare nyuma yâamakuru y’ibanze agaragaza ko rutazagira akamaro mu gukumira ubwandu, nk’uko byatangajwe nâukuriye iperereza muri iri gerageza. Aya makuru ni yo aheruka mu ngufu zikomeje gushyirwa mu gushaka urukingo rwiza rwo kurwanya virusi kugeza ubu imaze guhitana abantu bagera kuri miliyoni […]
Kuzanwa mu Rwanda kw’abimukira bavuye mu Bwongereza no kutaza ni 50% kuri 50% – Abadepite
Uwahoze ari minisitiri ushinzwe abinjira n’abasohoka, Robert Jenrick, avuga ko kwinjiza abimukira muri sosiyete y’Abongereza bidashoboka mu gihe umubare wabo uri hejuru cyane, mu gihe bamwe mu badepite bemeza ko guhaguruka kw’indege zerekeza mu Rwanda cyangwa kudahaguruka mu mwaka utaha byose bishoboka ku rugero rwa 50% kuri 50%. Mu magambo ye ya mbere kuva yeguye […]
Sierra Leone: Uwahoze ari perezida ari guhatwa ibibazo kuri coup d’etat iherutse gupfuba
Ernest Bai Koroma wahoze ari Perezida wa Sierra Leone, yatanze ubuhamya ku wa Gatandatu ku munsi wa kabiri yikurikiranya imbere ya polisi ku bijyanye nâigeragezwa ryo guhirika ubutegetsi ryabaye ku itariki ya 26 Ugushyingo. Nyuma yo guhatwa ibibazo, yemerewe gusubira iwe by’agateganyo, ariko ntiyemererwa kuhava kugeza ku wa Mbere, igihe ibazwa rye rizakomereza. Minisitiri wâitangazamakuru, […]
Icyoba mu basirikare b’u Burundi bacitse ku icumu rya M23
Abasirikare b’u Burundi barokotse imirwano y’inyeshyamba za M23 n’Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bahaga umusada bahiye ubwoba, ku buryo hari n’abafite impungenge z’uko bashobora kwicwa. Ku wa 7 Ukuboza ni bwo i Masisi habereye imirwano ikomeye yasakiranyije M23 n’ihuriro ry’Ingabo za Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Ni ihuriro ririmo FARDC, FDLR, […]
Mbaoma yatsinze 2, APR FC inyagira Gorilla FC
APR FC yaraye inyagiye Gorilla FC ibitego 4-1, ikomeza kuyobora by’agateganyo urutonde rwa shampiyona y’icyiciro cya mbere. Umunya-Nigeria Victor Mbaoma yatsinze ibitego bibiri muri uyu mukino, mu gihe Umurundi Nshimirimana Ismail Pitchou na Mugisha Gilbert buri umwe yatsinze igitego kimwe. Ni bwo bwa mbere iyi kipe y’Ingabo z’Igihugu yari yinjije ibitego bine kuva shampiyona itangiye. […]
Gen. Bunyoni yakatiwe gufungwa ubuzima bwe bwose, imitungo ye yose irafatirwa
Urukiko rw’Ikirenga rw’u Burundi rwakatiye igifungo cya burundu Gen Alain-Guillaume Bunyoni wahoze ari Minisitiri w’iki gihugu, nyuma yo kumuhamya ibyaha birimo kugerageza guhirika ubutegetsi bwa Perezida Evariste Ndayishimiye. Mu kwezi gushize k’Ugushyingo ni bwo Ubushinjacyaha bw’u Burundi bwari bwasabiye Bunyoni gufungwa ubuzima bwe bwose akanatanga ihazabu yikubye incuro ebyiri umutungo we bwavugaga ko adashobora gusobanurira […]
Me Flamme ahamya ko abatangabuhamya 63 bose bashinjuye Basabose
Umunyamategeko Me Jean Flamme wunganira Basabose Pierre mu rukiko rwa rubanda rwa Brussels arasaba ko umukiriya we agirwa umwere kuko ngo abatangabuhamya bagombaga kumushinja, bisanze bamushinjuye. Basabose yabaye umusirikare, aba umushoferi wa Colonel Elie Sagatwa wari muramu wa Habyarimana JuvĂ©nal. Yabaye kandi umuvunjayi muri Kigali, aba umunyamigabane wa RTLM, akaba afatwa nkâumwe mu baterankunga ba […]
Minisitiri Uwizeye arifuza ko ‘inkozi z’ibibi zirya ruswa’ zajya zitamazwa
Minisitiri muri Perezidansi ya Repubulika, Uwizeye Judith, yasabye abaturage kujya batamaza inkozi z’ibibi zijya zibaka ruswa mu rwego rwo kuyirandura burundu. Minisitiri Uwizeye yabitangarije mu karere ka Musanze, ahizihirijwe Umunsi Mpuzamahanga wo kurwanya ruswa. Ni umunsi wahuriranye n’imyaka 20 ishize yasinywe amasezerano mpuzamahanga yo kurwanya ruswa. Ni igikorwa cyabimburiwe n’urugendo rwo kurwanya ruswa rwabereye mu […]
UK PM Sunak warns Rwanda migration plan will collapse without party unity
British Prime Minister Rishi Sunak appealed to his Conservative lawmakers on Thursday to unite behind his plan to send asylum seekers to Rwanda after a revolt that once again exposed deep divisions in his party. Sunak is facing the biggest challenge to his year-long tenure as he tries to stop lawmakers on the party’s right […]
Six districts ont de nouveaux maires
Six districts du pays ont obtenu de nouveaux maires lors des Ă©lections partielles tenues le 7 dĂ©cembre pour pourvoir divers postes vacants dans les entitĂ©s administratives locales, selon le ministĂšre du Gouvernement local. Dans le district de Musanze, Claudien Nsengimana a Ă©tĂ© Ă©lu maire, remplaà §ant Janvier Ramuli au poste de direction exĂ©cutive suprĂ ÂȘme du district. […]
Numero ya telephone ya Guverineri Chirimwami yashimuswe n’abantu batamenyekanye
Numero ya telephone ya Vodacom ya Guverineri wa Kivu y’Amajyaruguru, General Peter Chirimwami yashimuswe n’abantu batamenyekanye, nk’uko inzego z’umutekano z’intara zabitangaje ku mugoroba wo kuwa Gatatu, itariki 6 Ukuboza 2023 . Nkâuko amakuru aturuka hafi yâubuyobozi bwâintara agera kuri Kivu Times avuga, ngo aba bantu batamenyekanye bagerageje gutekera umutwe abantu bari kuri numero ya guverineri […]