USA: Inyamaswa ziri guhabwa inkingo za Covid-19

Ubuyobozi bw’urwororero rw’inyamaswa (Zoo) rwa Oakland muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika bwatangaje ko bwatangiye gahunda yo kuzikingira icyorezo cya Covid-19 mu rwego rw’ubushakashatsi. Izi nkingo zakozwe n’abahanga mu gukora imiti y’inyamaswa bo mu kigo cya Zoetis, zemezwa n’ibiro bishinzwe ubuhinzi n’ubworozi, UDSA. Inyamaswa zatangiye guhabwa inyamaswa zirimo: amadubu, intare zo mu misozi miremire, ibisamagwe; […]

Kwizera Olivier na bagenzi be bakatiwe igifungo cy’umwaka umwe, bararekurwa

Urukiko rw’ibanze rwa Kicukiro kuri uyu wa kabiri, rwakatiye umunyezamu wa Rayon Sports n’ikipe y’igihugu ‘Amavubi’, Kwizera Olivier na bagenzi be igifungo cy’umwaka umwe usubitse, rutegeka ko bahita barekurwa. Ni nyuma yo guhamwa n’icyaha cyo kunywa ibiyobyabwenge byo mu bwoko bw’urumogi. Tariki ya 04 Kamena ubwo Amavubi yakinaga umukino wa gicuti na Repubulika ya Centrafrique, […]

U Burusiya: Umuyobozi w’umujyi mu bantu 28 baguye mu mpanuka y’indege

Indege yari irimo abantu 28 kuri uyu wa Kabiri yakoreye impanuka mu burasirazuba bw’u Burusiya nk’uko byatangajwe n’abayobozi bavuganye n’itangazamakuru mu gihe umuntu umwe warokotse ataraboneka. Iyi ndege yo mu bwoko bwa Antonov An-26, yari mu rugndo iturutse mu murwa mukuru wa Petropavlovsk-Kamchatsky igana ahitwa Palana, igiturage giherereye mu majyaruguru y’umwigimbakirwa wa Kamchatka ubwo yaburaga […]

Gen Vincent Nyakarundi ari i Bujumbura mu Burundi

Brig Gen Vincent Nyakarundi ukuriye iperereza mu gisirikare cy’u Rwanda (RDF), ari i Bujumbura mu gihugu cy’u Burundi aho yitabiriye inama y’abakuriye ubutasi bwa gisirikare mu karere k’ibiyaga bigari. Gen Nyakarundi yahuriye i Bujumbura n’abakuriye ubutasi bwa gisirikare mu bihugu bya Uganda, Tanzania, u Burundi na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Insanganyamatsiko y’iyi nama igira […]

Rwamagana: Batewe ubwoba n’amabuye bavuga ko aterwa n’abazimu

Abaturage batuye mu Mudugudu wa Kabuye mu Kagari ka Cyanya, Umurenge wa Kigabiro mu Karere ka Rwamagana baravuga ko batewe ubwoba n’amabuye yatewe mu ngo zabo ariko ntihaboneke abayatera, bamwe bakavuga ko yaterwaga n’abazimu kuko baturiye irimbi. Abatuye mu ngo zigera kuri 14 batuye muri metero ziri hagati ya 20 na 70 uvuye ku irimbi […]

Minisitiri Gatabazi yavuze ko umumotari wahondaguwe n’abarimo Gitifu yarenganye

Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Gatabazi Jean Marie Vianney yatangaje ko umumotari wagaragaye ahondagurwa n’abarimo Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Muhondo mu Karere ka Gakenke, yaziraga ubusa kuko nta kosa yari yakoze. Kuri uyu wa 5 Nyakanga 2021 ni bwo ku mbuga nkoranyambaga hasakaye video y’iminota ibiri igaragaza uyu mumotari yatangiriwe n’abaturage barimo urubyiruko rw’abakorerabushake na Gitifu Hakuzimana […]

Gakenke: Un chef local détenu pour des allégations de torture et d’agression

Le secrétaire exécutif du secteur Muhondo dans le district de Gakenke a été arrêté avec deux autres personnes et fait l’objet d’une enquête pour torture et agression intentionnelle. Les arrestations ont été confirmées par Thierry Murangira, le porte-parole du Bureau d’enquête rwandais (RIB), qui a déclaré qu’elles avaient eu lieu les 5 et 6 juillet. […]

Rusizi: Umukecuru yavuye kwikuza iryinyo kwa magendu ageze mu rugo ahita apfa

Mu Mudugudu wa Gako, Akagari ka Ryamuhirwa mu Murenge wa Nkungu mu Karere ka Rusizi haravugwa urupfu rw’umukecuru Mukandekezi Angéline w’imyaka 76, nyuma y’uko yari akiva kwikuza iryinyo mu rugo rw’uwitwa Havugimana Emmanuel mu mudugudu wa Gasarabuye, Akagari ka Kiziguro muri uyu murenge ari na we warimukuye,uyu Havugimana Emmanuel asanzwe ari umufasha wa muganga mu […]

Nsabimana Aimable yasubiye muri APR FC, ashobora gusangwayo n’abarimo 2 ba Rayon Sports

Myugariro Nsabimana Aimable wari kapiteni wa Police FC, yasubiye muri APR FC yahoze akinira ayisinyira amasezerano y’imyaka ibiri. Nsabimana wari usoje amasezerano muri Police FC, yasubiye muri APR FC nyuma yo kumvikana na yo muri iki cyumweru. Uyu myugariro wo hagati yari amaze imyaka itatu akinira Police FC yagezemo muri Gashyantare 2018, avuye muri Minerva […]

Menya ahantu u Rwanda rufite ambasade na zimwe mu nyubako zikoreramo

800px-embassy_of_rwanda__washington__d.c.jpg

U Rwanda kugeza ubu rufite ambasade 17 mu bihugu byo muri Afurika, ebyiri muri Amerika, umunani muri Aziya, umunani mu Burayi, n’ebyiri mu miryango Mpuzamahanga nk’uko tugiye kubigarukaho tubikesha Wikipedia. Mu bihugu byo muri Afurika u Rwanda rufitemo ambasade harimo Angola, Burundi, RDC, Repubulika ya Congo, Misiri, Ethiopia, Ghana, Kenya, Maroc, Nigeria, Senegal, Afurika y’Epfo, […]

Louise Mushikiwabo yohereje indorerezi z’amatora muri Moldavia

Ku butumire bwa Repubulika ya Moldavia, Umunyamabanga Mukuru wa Francophonie, Louise Mushikiwabo, yashyizeho itsinda ry’indorerezi zizakurikirana imigendekere y’amatora y’abagize inteko ishinga amategeko muri iki gihugu ateganyijwe ku itariki 11 Nyakanga 2021. Izi ntumwa zoherejwe mu butumwa buzwi nka ‘Mission électorale de la Francophonie (MEF)’, ziyobowe na Madamu Eva Descarrega Garcia, Ambasaderi wa Andorre mu Bufaransa […]

Menya igihugu gifite gereza imwe ibamo imfungwa ebyiri gusa

Repubulika ya Nauru, ni igihugu kiri mu burasirazuba bw’amajyaruguru ya Australia, kikaba igihugu gifite abantu babiri bafunzwe na gereza imwe rukumbi. Iki kirwa gito, Banki y’Isi mu ibarura ryayo ryo mu 2019, yavuze ko gituwe n’abantu 125,500. Kuva mu 2014, gifite gereza imwe. Urubuga prisonstudies muri raporo yarwo yo mu 2020 yiswe World Prisons Brief […]

Lt. Gen. Philémon Yav wari woherejwe i Minembwe yahakuwe adasohoje inshingano ze

Lieutenant Général Philémon Yav, wari woherejwe i Minembwe kuyobora zone ya 3 y’ubwirinzi i Minembwe yahatiwe kuva aha hantu adasoje inshingano zahamujyanye. Uyu musirikare yari yageze i Minembwe, muri Teritwari ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo yahawe inshingano zo kurandura imitwe yitwaje intwaro y’ananyagihugu n’abanyamahanga ikorera mu mu misozi miremire yo muri iki gice. […]

U Bushinwa ntibwishimiye ko u Buyapani bushobora gutabara Taiwan igihe yaterwa

np_file_75516.jpg

Igihugu cy’u Bushinwa cyarakajwe n’amagambo ya Minisitiri w’Intebe w’u Buyapani watangaje ko igihugu cye kizarinda ikirwa cya Taiwan gifatanyije na Leta Zunze Ubumwe za Amerika nikiramuka gitewe n’u Bushinwa bugifata nk’ubutaka bwacyo. U Bushinwa ntibwigeze bureka igitekerezo cyo gukoresha ingufu mu kongera kwiyomekaho Taiwan kandi imyitozo ya gisirikare bumaze iminsi bukora hafi y’iki kirwa yongeye […]

Imyaka 11 irashize: Kabila yategetse ko abasirikare 14 barimo Gen. Ntaganda na Makenga birukanwa mu ngabo za Leta

makenga.jpg

Tariki ya 6 Nyakanga 2012 ni bwo Joseph Kabila wari Perezida wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) akaba n’Umugaba w’Ingabo y’Ikirenga yayoboye inama ya gisirikare ikomeye yafatiwemo icyemezo cyo kwirukana abasirikare bakuru 14 barimo Gen. Bosco Ntaganda na Sultani Makenga. Aba basirikare ni: Gen. Ntaganda, Col. Makenga, Col. Biyoya Karhanga Josué, Col. Byamungu Maheshe […]

Rutahizamu Kiyovu Sports yagenderagaho yumvikanye AS Kigali

Ikipe ya AS Kigali yamaze kumvikana n’umunya-Ghana Robert Saba wakiniraga ikipe ya Kiyovu Sports ngo ayibere umukinnyi. Uyu musore uri mu bo Kiyovu Sports yari yubakiyeho ubusatirizi bwayo yamaze kumvikana na AS Kigali kuyikinira imyaka ibiri iri imbere. Ni nyuma yo kurangiza amasezerano muri iriya kipe yo ku Mumena yatsindiye ibitego 11 muri shampiyona y’umwaka […]

Umuriro utwika wadutse mu rusengero ubwo habaga ikiriyo cya TB Joshua

candle-pic.jpg

Umuriro utwika wadutse ubwo abagera ku bihumbi bitandatu bari mu rusengero rwitwa Synagogue Church of All Nations rwashinzwe na Temitope Balogun Joshua uzwi nak TB Joshua, ubwo hari ikiriyo cyo kumwibuka. Kuwa Mbere, ubwo abakirisitu benshi bari bacanye za buji nyinshi, bayobowe n’umugore wa TB Joshua, Evelyne Joshua, umuriro waje nka Gatera, utwika ahabikwa ibikoresho […]

Rwanda-Uganda: Dr Kayumba abona ko umubano mubi ushingiye ku myemerere bwite y’abayobozi

Umunyapolitiki Dr Christopher Kayumba mu busesenguzi bwe, abona ko umubano mubi uri hagati y’u Rwanda na Uganda ushingiye ku myemerere bwite y’abayobozi b’ibi bihugu, Paul Kagame na Yoweri Museveni. Dr Kayumba yabitangarije mu kiganiro yagiriye kuri Bwiza TV, cyibandaga ku mubano w’u Rwanda n’ibihugu bituranye, cyatambutse kuri uyu wa 5 Nyakanga 2021. Aha yagize ati: […]

Musanze: Yagize ‘ikibazo’ nyuma yo kujombagurwa ibintu n’abatuye Ndabanyurahe

Amakuru agera kuri BWIZA ni ay’uwo abaturage bavuga ko ari mujura witwa Tadeyo wo mu Mudugudu wa Buhoro, Akagari ka Ruhengeri mu Murenge wa Muhoza w’Akarere ka Musanze, uherutse kujombagurirwa ibintu bitamenyekanye ahitwa Ndabanyurahe (Ndaba) nyuma yava mu bitaro, akagaruka yivugisha. Mu mpera za Kamena 2021, umunyamakuru wa BWIZA yageze ku Kiraro cya Rwebeya muri […]

Gakenke: Gitifu wagaragaye mu mashusho ahondagura umumotari arafunzwe

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko rwafunze Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’umurenge wa Muhondo w’akarere ka Gakenke, Hakuzimana Valens, n’abandi bantu batandukanye; nyuma y’amashusho yabo yagiye hanze bahondagura umumotari. RIB yemeje aya makuru ibinyujije kuri Twitter yayo. Iti: “RIB yafunze Hakuzimana Valens, Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Muhondo mu Karere ka Gakenke n’abandi bari kumwe bagaragaye ku mashusho […]

Guhabwa kawunga n’ibishyimbo ntibihagije-abarwariye Covid mu ngo

Bamwe mu barwariye Covid19 mu ngo zabo, basabye leta kongera ubufasha bahabwa kuko ubu ubwo bahabwa burimo ibishyimbo na kawunga budahagije, bakaba ngo bifuza uburyo bwo kubona uko bagura imbuto n’imboga. Mu rugo rwa Rutayisire Gerard we n’umuryango we bose bamaze ibyumweru birenga 2 barwaye Covid19. Yagize ati ” Nagiye ku bitaro bya Kacyiru ndipimisha […]

Ethiopia yaciye amarenga ko yazinjiza urubyiruko rwinshi mu ntambara na TPLF

Minisitiri w’Intebe wa Ethiopia, Abiy Ahmed yaciye amarenga ko bibaye ngombwa mu gihe kiri imbere igihugu cye cyazinjiza urubyiruko rwinshi mu ntambara gihanganyemo n’umutwe witwaje intwaro wa TPLF urwanira ubwigenge bwa Leta ya Tigray. Minisitiri Abiy yabitangarije mu kiganiro yagiranye n’abagize Inteko Ishinga Amategeko kuri uyu wa 5 Nyakanga 2021, cyabaye nyuma y’aho abarwanyi ba […]

Gatsibo: Bamaze iminsi 15 bategereje umurambo w’umusore wabo wapfuye ari n’umukunzi we, ngo bawushyingure

Umuryango utuye mu Kagari ka Karenge, Umurenge wa Kabarore w’Akarere ka Gatsibo umaze iminsi 15 utegereje umurambo w’umusore wapfuye ari kumwe n’umukunzi we wari wamusuye mu icumbi (ghetto). Inkuru y’urupfu rw’uyu musore w’imyaka 20 y’amavuko yamenyekanye tariki ya 20 Kamena 2021, aho byahwihwiswaga ko yapfuye ari gukora imibonano mpuzabitsina n’umukobwa bakundanaga. Icyo gihe, Meya w’Akarere […]

Ingabo zisaga 1,000 za Afghanistan zakuyemo akarenge zihungira muri Tajikistan

Abasirikare barenga 1,000 ba Afghanistan bahungiye mu gihugu baturanye cya Tajikistan nyuma y’imirwano n’intagondwa z’aba Taliban, nkuko abategetsi babivuze. Abo basirikare basubiye inyuma bahungira hakurya y’umupaka “mu gukiza ubuzima bwabo”, nkuko bikubiye mu itangazo ry’urwego rw’abarinda umupaka wa Tajikistan. Urugomo rwariyongereye muri Afghanistan ndetse mu byumweru bya vuba aha bishize aba Taliban bakomeje kwigarurira ibice […]

Umukomanda mukuru wa Al-Shabaab mu barwanyi bayo bivuganwe na SNA

Igisirikare cya Somalia (SNA) cyatangaje ko cyivuganye umwe mu bakomanda bakuru b’imutwe wa Al-Shabaab mu bikorwa bya gisirikare byabereye mu majyepfo y’igihugu. SNA yemeje ariya makuru ku Cyumweru cy’itariki ya 04 Nyakanga. Iki gisirikare kibinyujije kuri Radiyo yacyo, cyatangaje ko umukomanda wa Al-Shabaab cyivuganye ari Mohamed Abdi Suubiye wari uzwi nka Toosoow. Uyu ngo yishwe […]