Rulindo: Umugore yishwe akaswe umutwe

Umugore witwa Leonille Mukangwije wari utuye mu mudugudu wa Karambo mu kagari ka Karama, umurenge wa Buyoga yishwe akaswe umutwe mu rukerera rwo kuri uyu wa 13 Mutarama 2020. Umwe mu baturage bo muri ako gace, Vianney Uwobibasiye yabwiye Bwiza.com ko uyu mugore yari azindutse agiye ku kazi ko gusoroma icyayi ahitwa Busoro, ahura n’aba […]

Burundi: Habonwe imibiri 250 y’abishwe mu myaka isaga 20 ishize

Amagufwa y’abantu bari hagati ya 250 na 270 yabonywe mu gace ka Kamenge mu mujyi wa Bujumbura yerekanywe uyu munsi nyuma y’ukwezi acukurwa, abantu bamwe bagize agahinda bamenye ababo. Amagufa y’aba bantu yabonetse hagati mu kwezi gushize ubwo aha hantu (quartier) hatuwe hari hagiye kubakwa. Komisiyo ishinzwe ukuri n’ubwiyunge mu Burundi ivuga ko aba ari […]

Ibitero byibasira Abanyamurenge byongeye kubura

Amakuru agera kuri Bwiza.com ni uko i Mulenge hongeye kwaduka imirwano yatangiye kuri uyu wa 13 Mutarama mu gitondo ikaza kumara amasaha atari make. Aya makuru avuga ko intambara yubuye mu gice cy’ i Mulenge cyegereye Uvira hafi n’imisozi ya Itombwe muri Kivu y’Amajyepfo. Ni nyuma y’agahenge k’igihe gito kari kamaze iminsi kumvikana muri ako […]

Papa yambujije gukundana n’abo yita ab’amazuru-umukobwa w’ i Bugesera

Umukobwa witwa Diane (Izina ryahinduwe) avuga ko Se umubyara yamusabye kudakundana n’abantu yita ab’amazuru kuko ngo ari ba bihemu. Ubu ngo ni ubutumwa Se yamuhaye nyuma yo kubona umukobwa we yasuwe n’umusore ufite Se ufungiwe ibyaha bya jenoside. Uyu musore ngo bariganaga mu kiciro rusange muri rimwe mu ishuri ryo mu Bugesera. Yandikiye Bwiza.com kuri […]

Umuyobozi agomba kubazwa ibyo akorera abaturage

Umuyobozi ni umuntu runaka wahawe inshingano zo kuba nyambere w’abandi. Uyu ahabwa iryo kwitwa umuyobozi binyuze mu nzira zirimo: amatora, gushyirwaho no kwishyiraho binyuze muri za coup d’etat. Aba ba nyuma usanga abenshi ari abasirikare, bashyira toni n’amapeti hasi bakambara za karuvati n’amakoti,bakibitwa abayobozi. Umuhanga mu by’imbagarabwenge (Philosophy) na politiki, Charles-Louis de Secondat, Baron de […]

Bugesera: Abaturage ntibita ku nka bahawe na Minisitiri w’Intebe w’Ubuhinde

Abaturage bo mu Karere ka Bugesera ntibacyita ku nka 47 bahawe na Minisitiri w”intebe w’Ubuhinde,Narendra Modi babitewe n’uko ngo zidatanga umusaruro zari zitezweho. Muri Nyakanga 2018 ni bwo Minisitiri Narendra Modi yasuye u Rwanda,asiga yoroje abaturage batuye mu mudugudu w’icyitegererezo wa Rweru inka 200 ariko aba baturage babonye 47. Aya makuru yemezwa n’umwe mu bashinzwe […]

Umuhanzi Fille Mutoni aravugwaho kumara imyaka itanu akoze ubukwe mu ibanga

921831d7-d612-46e2-8752-42cb09c15d01.jpg

Umuhanzi w’Umunyarwanda ukorera umuziki muri Uganda, Fille Mutoni aravugwaho kuba yarakoze ubukwe mu ibanga n’umukunzi we, Edwin Katamba uzwi nka MC Kats mu myaka itanu ishize. Aya makuru akomeje kugarukwaho ku mbuga nkoranyambaga nyuma y’aho MC Kats yerekanye icyemezo cy’abashyingiranwe hagati kiriho amazina ye n’aya Fille. Mu kubeshyuza abavugaga ko aba bombi babana mu buryo […]

Hagiye gutangizwa iperereza ku bivugwa k’uwiswe umunyabubasha w’ i Gicumbi

proud.png

Minisitiri w’Ubutabera, Johnston Busingye atangaza ko bagiye gukurikirana ikibazo cy’umugabo uvugwa ko ari umunyabubasha udakorrwaho mu Karere ka Gicumbi, Hussein Niyoyita Zoubair Mu minsi mike ishize, mu bitangazamakuru humvikanye umugabo witwa Hussein Niyoyita Zoubair, uyobora Ikigo Nderabuzima cya Mukarange ushinjwa kunyereza amafaranga y’u Rwanda miliyoni 15 z’Abajyanama b’ubuzima 80 bibumbiye mu itsinda ryitwa “Nkomeye ku […]

Humvikanye urusaku rw’amasasu mu Karere ka Nyanza

Abaturage bo mu Mudugudu wa Mwima, mu Kagari ka Rwesero mu Murenge wa Busasamana, mu Karere ka Nyanza bavuga ko bumvise urusaku rw’amasasu inshuro ebyiri mu ijoro ryo kuwa 9 rishyira kuwa 10 Muratama 2020. Umwe mu baturage batuye muri ako gace yatangarije Bwiza.com ko yumvise iby’urusaku rw’amasasu ariko ntihamenyekane impamvu yarwo. Ati ” Mu […]

Muhima: Ijerekani y’amazi iragura amafaranga 500

Abaturage batuye mu midigudu y’Ubuzima n’Inyarurembo mu Kagari k’Amahoro, mu Murenge wa Muhima bavuga ko muri iki gihe kubona amazi ari ikibazo cy’ingorabahizi kuko ngo ijerekani imwe igura F 500, ivuye ku F 120. Aba baturage babwiye Bwiza.com ko amazi yatangiye guhenda kuva mu Kuboza ubwo hatangiraga imirimo yo kubaka umuhanda uva ku biro bya […]

Musanze: Inka ‘z’abakomeye’ zayogoje imyaka y’abaturage

Abashumba bakunze kwitwaza ko baragiye inka z’abitwa abakomeye biganjemo abasirikari barashinjwa n’abaturage bo mu duce tumwe twa Musanze konesha ibihingwa yabo. Ibihingwa ngo byibasirwa ni iby’abaturage batuye mu duce two mu mu nkengero z’Umujyi wa Musanze turimo Cyabagarura, muri Mpenge no mu Cyuve.Bose bavuga ko izi nka zayogoje imyaka yabo. Abaturage bavuga ko ” Aba […]

RwandAir yahakanye ifatwa ry’inkongi y’umuriro ku ndege yayo

rwandair.png

Kompanyi y’ubwikorezi bwo mu kirere y’u Rwanda (RwandAir) iranyomoza amakuru yakwirakwiye ku mbuga nkoranyambaga yavugaga ko imwe mu ndege zayo yahiriye mu gihugu cya Israel. Aya makuru yakwirakwiye ku mbuga nkoranyambaga by’umwihariko kuri Twitter. Hagiye hagaragara amashusho y’indege ya RwandAir iri ku kibuga, irimo kwaka umuriro ahagana inyuma muri moteri. Iyi kompanyi ibinyujije ku rukuta […]

Abanyarwanda bari bafungiwe muri Uganda bazakorerwa ibizamini by’ubuzima

Abanyarwanda icyenda baherutse kurekurwa na Uganda ngo bazakorerwa ibizamini by’ubuzima ngo hamenyekane uko bihagaze. Kuwa 8 Mutarama 2020, Uganda ni bwo yarekuye aba Banyarwanda barimo: Rene Rutagungira, Etienne Nsanzabahizi, Nelson Mugabe, Emmanuel Rwamucyo, Claude Iyakaremye, Augustine Rutayisire, Herman Nzeyimana, Adrien Munyangabe na Gilbert Urayeneza. Aba bose bari bafungiwe muri Uganda bashinjwa gutunga imbunda binyuranye n’amategeko […]

Kamembe: Wananchi walalamikia kutolipwa fidia kutoka ujenzi wa barabara

Wakazi maeneo ya Nduma, Karangiro na Mundima, Tarafa ya Kamembe Wilayani Rusizi, wametangaza kumaliza miaka sita wakingoja kulipwa fidia kwa mali zao zilizoharibika wakati wa ujenzi wa barabara. Wamesema waliambia watapatiwa fidia lakini wakakosa. Wamesema mali kama vile mashamba na miti lakini hawakulipwa. Makamu Kiongozi wa Wilaya ya Rusizi kwa mambo ya kijamii, Kankindi Leoncie […]

Umwana w’imyaka ibiri yabyarije nyina muri pisine

Umugore witwa Ariel Haynes ukomoka mu Mujyi wa Colorado yatangaje ko umwana we w’umukobwa, Izzy w’imyaka ibiri ari we wamubyaje umwana w’umuhungu, Henry mu bwogero bwabugenewe. Ariel usanzwe afotora abagore bari kubyara avuga ko umukobwa we Izzy asanzwe abona aho abagore babyara, ikintu cyamworoheye kumubyaza. Ati ” Ubwanjye maze imyaka itatu mfotora abarimo kubyara. Buri […]

Remains of Genocide victims found at Rubavu airstrip

Officials and residents of Rubavu district since Tuesday morning are working tirelessly to exhume remains of bodies believed to be victims of the 1994 Genocide against the Tutsi, which were found at Gisenyi Airport last week. The remains were found after workers at the airstrip who were digging water channels discovered mass graves last week […]

Ibintu ‘biteye ubwoba’ Umuhanuzi T. B.Joshua avuga ko bizaba mu mwaka wa 2020

Uwashinze Itorero The Synagogue Church of All Nations (SCOAN) umuhanuzi, pasiteri, Temitope Balogun Joshua uzwi nka T. B. Joshua avuga ko umwaka wa 2020 uzabamo ibintu byinshi haba muri politiki n’ubukungu ndetse akaburira ibihugu gufata ingamba ku kibazo bimwe na bimwe nko ku Buhinzi. T. B. Joshua yatangaje ibi kuwa 7 Mutarama 2020 ubwo yasobanuraga […]

Ntiharamenyekana ingano y’igihombo gikomoka ku mubano mubi uri hagati y’u Rwanda na Uganda ndetse n’Uburundi

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Dr Vincent Biruta, avuga ko nta kabuza kuba u Rwanda na Uganda birebana nabi ndetse nanone hagkubitiraho n’Uburundi, bitera igihombo gusa ngo ingano yacyo ntizwi. Byagarutsweho mu kiganiro cya mbere Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Dr Vincent Biruta, yagiranye n’itangazamakuru kuva mu Ugushyingo 2019 ubwo yajyaga kuri uyu mwanya. Kuri iki kibazo cy’igihombo cyaba […]

Uyu mwaka uzarangira abategetsi bamwe ari indembe kandi benshi bazapfa- Umuhanuzi TB Joshua

Uwashinze Itorero The Synagogue Church of All Nations (SCOAN) umuhanuzi, pasiteri, Temitope Balogun Joshua uzwi nka T. B. Joshua avuga ko umwaka wa 2020 uzasiga benshi mu bategetsi bo ku Isi muri rusange bazaba barwaye, ari indembe. T. B. Joshua yatangaje ibi kuwa 7 Mutarama 2020 ubwo yasobanuraga impamvu atagaragaye mu bikorwa by’urusengero ayobora mu […]

Ubwongereza: Umugabo yahamwe no gufata ku ngufu abantu 136

Umugabo ukomoka muri Indonesia witwa Reynhard Sinaga w’imyaka 36 y’amavuko yahamwe n’ibyaha 159 birimo gufata ku ngufu abantu 136 barimo abagabo 48. Umucamanza Suzanne Goddard yavuze ko Sinaga ahamwa no kuba yarakuye abagabo 48 mu kabyiniro ka Manchester akabajyana aho aba hitwa Montana mu gace kitwa Princess maze akabasindisha nyuma akabakorera akabasambanya. Ibi ngo yabikoraga […]

Iran fires missiles at US troop bases in Iraq

BY AFP President Donald Trump on Wednesday said that initial casualty assessments indicated “all is well” after Iranian missiles targeted two bases housing US troops in Iraq. He tweeted that “assessment of casualties & damages taking place now. So far, so good!” Trump did not go on evening television to address the nation — something […]

Umunyamakuru Ndayizera avuga ko yemeye ibyaha kubera “iyicarubozo” yakorewe

_110422729_nyanza2.jpg

Umunyamakuru wigenga, Phocas Ndayizera akomeje guhakana ibyaha byose aregwa kuko ngo bwa mbere yabyemeye bitewe n’iyicarubozo yari yakorewe. Urukiko ruburanisha ibyaha byambuka imipaka n’ibyiterabwoba rwa Nyanza kuri uyu wa 7 Mutarama rwatangiye kuburanisha mu mizi urubanza rwa Phocas Ndayizera. Ndayizera yabwiye urukiko ko yemeye gushyira umukono ku nyandikomvugo zimushinja uruhare mu byaha by’iterabwoba kubera ‘iyicarubozo’ […]

Perezida Museveni yatijwe uburoso bw’ amenyo

enrqnywwsaec23u.jpg

Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni avuga ko urugendo rwo kubohora Uganda rutari rworoshye kugeza ubwo yasigaye nta buringiti agira bwo kwitwikira ndetse nta n’uburoso bw’amenyo afite, akabuhabwa n’umwe mu bo bari kumwe. Yabitangarije mu rugendo rw’ibirometero 168 rwiswe ‘Afrika Kwetu’ rwatangiye ku Cyumweru tariki ya 6 Mutarama ubwo yari ageze ahitwa Kagogo mbere yo […]

Ushaka kurasa Diamond azahere kuri njye-murumuna wa Ali Kiba

capture-20.png

Umuvandimwe w’Umuhanzi Ali Kiba witwa Issa Azam atangaza ko akunda mukeba wa mukuru we, Diamond Platnumz ku buryo uwakwifuza kumurasa ari we yaheraho. Azam yakuranye na Ali Kiba ahitwa Hombo mu Ntara ya Kigoma ariko baza gutandukana nyuma y’aho Ali Kiba yimutse akajya kuba mu Murwa Mukuru wa Tanzania, Dar Es-Salaam. Uyu musore kuri ubu […]

LAROUSSE criticised for genocide denial

Ibuka, the umbrella organisation of Genocide survivors’ associations, has called out a French publishing house for publishing material that denies the Genocide against the Tutsi. In its 2020 juniors’ dictionary, Larousse 21, the firm referred to the 1994 Genocide against the Tutsi as “a civil war between its (Rwanda’s) two people”, the Tutsi and Hutus. […]

Mu Rwanda ruswa isigaye ifite ibiciro bizwi

Kugeza ubu ntiharaboneka igisobanuro gikwiye cyangwa se gihagije gisobanura neza ruswa ”corruption” mu Kinyarwanda, ariko umuntu acishirije yavuga ko ruswa ari uburyo cyangwa igikorwa cyose cyo gukoresha nabi ububasha wahawe mu nyungu zawe bwite cyangwa z’agatsiko runaka. Igitabo The World Book Encyclopedia) kivuga ko ruswa ari ugutanga ikintu cy’agaciro ugiha umuntu ufite imirimo ashinzwe gukorera […]

Rusizi: Habonwe umurambo w’umugore mu muhanda bikekwa ko yishwe

Umurambo w’umugore uri mu kigero cy’imyaka 40 watoraguwe mu Muhanda uva Kamembe werekeza i Giheke ahitwa mu Nyagatare mu Murenge wa Gihundwe mu Karere ka Rusizi. Umwe mu baturage wageze ahitwa mu Nyagatare hafi ya Kaminuza y’u Rwanda ishami rya Rusizi ahari umurambo w’uyu muturage yabwiye Bwiza.com ko yabonye umurambo w’uyu mugore ngo bikekwa ko […]

Icyo u Rwanda ruvuga ku birego byo gutoza ibya gisirikare impunzi z’Abarundi

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga Ushinzwe Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, Amb. Olivier Nduhungirehe aravuga ko ibirego by’uko u Rwanda ruha imyitozo ya gisirikare impunzi z’Abarundi ziba muri icyo gihugu ari ibirego bishaje. Mu cyumweru gishize, mu kiganiro cyitwa Murisanga gica kuri Radiyo ijwi rya Amerika (VOA) hatambutse inkuru ivuga ko mu Kuboza 2019 […]

Nyamasheke: Umuturage yasakaje amashara hejuru y’amabati yapfumaguritse

Umuturage witwa Habyarimana Joseph utuye mu Mudugudu wa Kavune, akagari ka Ninzi mu Murenge wa Kagano, avuga ko atazi impamvu atubakirwa inzu kandi ubuyobozi buzi ikibazo cye, kuri ubu aho amabati yatobaguritse yahakinze amashara. Habyarimana Joseph w’ imyaka 77, ubarizwa mu cyiciro cya mbere cy’ubudehe,inzu abanamo n’abuzukuru be batatu ndetse n’umukobwa we, amabati ayisakaye n’imyenge […]

Iran ivuga ko igiye kwibasira ahantu 35 kuri Amerika, itibagiwe na Telaviv ya Israel

Iran ivuga ko mu rwego rwo guhora urupfu rwa Gen. Soleimani uherutse kwicwa n’Abanyamerika mu gitero cy’i Baghdad, nayo izibasira ahantu 35 havuze byinshi kuri Amerika ndetse ko n’Umujyi wa Telaviv wo muri Israel utazasigara. Aljazeera itangaza ko ibi byavuzwe n’uyobora Ingabo za Iran mu Majyepfo, Gen. Gholamali Abuhamzeh kuri uyu wa 4 Mutarama 2019. […]

Uwakoraga ku mupaka wa Rusumo amaze amezi atandatu yaraburiwe irengero

Umuryango wa Evariste Nzabarinda wakoraga mu biro by’abinjira n’abasohoka ku Mupaka wa Rusumo uvuga ko bamaze amezi atandatu batazi aho aherereye. Umuryango wa Nzabarinda uvuga ko uhangayitse ku bwo kutamubona. Uvuga ko avuka mu Ntara y’amajyepfo mu Karere ka Gisagara akaba yari afite imyaka 31 y’amavuko. Uyu muryango wabwiye VOA dukesha iyi nkuru ko Nzabarinda […]

Abahanga bagaragaje isura itamenyerewe ya Yezu

1_moses-and-the-burning-bush-dura-europos-synagogue-wall-painting.jpg

Umuhanga mu by’inyigisho z’inkomoko ya gikiriristu muri Kaminuza ya Londres, Prof. Joan Taylor avuga ko hari ishusho ya nyayo ya Yezu cyangwa Yesu itandukanye n’imenyerewe imugaragaza nk’ufite uruhu rwera, ubwanwa burebure, amaso y’ubururu, imisatsi miremire ndetse akaba yari ananutse. Uyu muhanga we avuga ko Yezu yari afite imisatsi migufi, uruhu rwijimye kandi ko yari afite […]

Nta bwoba ntewe na Simba- Haruna Niyonzima

Umukinnyi w’Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda, Haruna Niyonzima avuga ko nta bwoba atewe n’Ikipe ya Simba FC ifitanye umukino ukomeye na Yanga Africans asigaye akinira kuri uyu wa 4 Mutarama 2020. Haruna yageze muri Tanzaniya mu minsi ibiri ishize aho ari umwe mu bakinnyi bari bwitabire umukino uri bubahuze na mukeba, Simba FC yahoze akinira. Yakiriwe […]

Abavuye muri Congo bari kugenzurwa nyuma y’ifatwa rya Mukandutiye wagize uruhare muri jenoside

Abanyarwanda bavuye mu mitwe irwanya ubutegetsi bw’u Rwanda barimo n’imiryango yabo baturutse muri Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo bari kugenzurwa kugira ngo havangurwe abakekwaho ibyaha n’abatarabigizemo uruhare. Komiseri muri Komisiyo y’Igihugu yo gusubiza mu buzima busanzwe ingabo n’abahoze ku rugerero, Fred Nyamurangwa, avuga ko iki gikorwa kiri kugenda neza nta makemwa. Mu minsi mike ishize […]

Umugezi wa Mwogo wishe 15 mu kwezi gushize

Abaturage batuye hafi y’Umugezi wa Mwogo baratangaza ko mu kwezi k’Ukuboza 2019, abantu barenga 15 barohamye barapfa. Umwe mu babyeyi ufite umwana w’imyaka 11 waguye muri uyu mugezi avuga ko hari igihe Mwogo yica babiri ku munsi umwe. Ati: “Umwana yoherejwe kurinda umuceri nyuma ajya koga ararohama, uje kumurohora na we ahita agenda yabonywe ejo […]

Abenshi barimo Abanyarwanda bangiwe kwinjira muri Zimbabwe

Ibitangazamakuru byo muri Zimbabwe bitangaza ko hari abaturage bo mu bihugu bitandukanye 60 barimo n’abakomoka mu Rwanda bangiwe kwinjira muri iki gihugu bavuye muri Afurika y’Epfo mu mpera z’umwaka wa 2019 Ku mupaka wa Beitbridge niho habereye umukwabu wafashe abagera ku 3,967 bashinjwa kutubahiriza amategeko agenga abinjira n’abasohoka. Abenshi ngo bafashwe basimbutse imipaka, bafite pasiporo […]

Ese kwambara imyenda migufi ku b’igitsina gore bitera irari abagabo?

Ku ruhande rumwe hari abantu batandukanye bavuga ko kwambara imyenda ikabije ubugufi ku bagore n’abakobwa ari intandaro yo gukururira abagabo irari ry’ubusambanyi mu gihe abandi bavuga ko ari no kwica umuco. Hari n’abavuga ko ibi ntaho bihuriye n’ibyo byose. Kwambara imyenda ikabije ubugufi by’umwihariko ku bagore n’abakobwa ntibikunda kuvugwaho rumwe n’ababyambara cyangwa abarebesha amaso yabo. […]

Shock as a man kills own twins in Bugesera

A man in Bugesera District who hacked his two twin children on Wednesday night was arrested, according to the Spokesperson of Rwanda Investigation Bureau (RIB), Marie-Michelle Umuhoza. Umuhoza confirmed this following reports that on a fateful night, the man, known as Faustin Ndayambaje of Kiruhura Village, Kagenge Cell, in Mayange Sector, attacked the infants – […]

Abari bafungiwe muri Uganda bavuga ko bagenzi babo baguye muri gereza

Abanyarwanda babiri; Junior Nyirakarangwa na Fabien Ntirenganya bavuga ko Abanyarwanda batatu bari kumwe na bo muri Gereza ya Kiburara muri Uganda bayipfiriyemo. Nyirakarwangwa avuga yagiye muri Uganda mu 2018 agiye gushaka akazi ndetse ashakana n’umugabo, babyarana umwana umwe. Avuga ko yafashwe mu Gushyingo 2019 afungirwa muri gereza ya Kiburara aho yasanze abandi Banyarwanda 50. Yabwiye […]

The Ben avuga ko hari abumvise nabi ubutumwa yatanze kuri Twitter

capture-19.png

Umuhanzi The Ben atangaza ko hari abantu bamwe bumvise nabi ubutumwa yatanze ku rukuta rwa Twitter avuga ku migendekere y’igitaramo cya East Africa Party cyabaye ku mugoroba wo kuri uyu wa 1 Mutarama 2020. The Ben yavuze ko igihe yajyaga ku rubyiniro, yabwiwe ko polisi igiye gufunga gusa akavuga ko bitatumye ataririmba neza, ngo anezeze […]

Three dead ahead of New years day

Rwanda National Police (RNP) has announced that a few hours before New Year, there were three fatal accidents that claimed 3 lives. The accidents occurred on the night of December 31st, 2019, as Rwandans celebrated the start of 2020 and just a few hours after RNP appealed to the general public to enjoy the festivities […]

Ubunani 2020: Ubusinzi, kurwana, gusabana n’imiryango, impala mu rusengero rw’ i Kampala

eb03a3d7-9639-4afb-ab11-c06eaf3fc4ff.jpg

Umunsi Mukuru w’Ubunani wa 2020 waranzwe n’ibyishimo muri rusange aho abenshi bagiye guhura n’imiryango yabo ari nako benshi bagaragara mu mihanda no mu tubari basinze, aho ingumi zavuzaga ubuhuha ndetse n’indirimbo z’Ikinyarwanda mu rusengero i Kampala. Muhima/Nyarugenge Aho Bwiza.com yageze mu Kagari k’Amahoro, Kabasengerezi na Nyabugogo yabonye benshi bishimye basabana. Gusa hari abari basinze, barangwa […]

MTN irashinjwa gutera inkunga abakora iterabwoba barimo na Al-Quaeda

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zirarega Kompanyi y’itumanaho, MTN gutera inkunga abakora iterabwoba barimo n’umutwe wayogoje Isi wa Al- Qaeda Amerika ishinja MTN ko yishyura amafaranga abakora iterabwoba mu rwego rwo kwirinda mu gihugu cya Afghanistan nk’uko BBC ibitangaza. Ibi birego kuri ubu biri mu rukiko rwa Washington D.C kuva kuwa Gatanu w’icyumweru gishize bivuga […]

Perezida Kagame avuga ko abanyereza iby’abaturage batazigera bareberwa

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame avuga ko igihugu kitazigera kirebera abayobozi bafata ibigenewe abaturage bakabigira ibyabo. Mu kiganiro yatanze kuri televiziyo y’igihugu ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 31 Ukuboza 2019, yavuze ko nta yindi nzira ihari uretse kubaza aba bayobozi iby’ari iby’abaturage bagize ibyabo, yewe ngo hakifashishwa n’amategeko. Ati “ (
) Nta […]

Al-Shabaab “yasabye imbabazi” ku gitero yagabye i Mogadishu cyikica 81

Abarwanyi ba Kiyisilamu bo mu mutwe wa Al- Shabaab bemeye ko ari bo bagabye igitero mu Murwa Mukuru wa Somalia, Mogadishu kigahitana abagera 81 barimo Abanya-Turukiya babiri nyuma basaba imbabazi ku bw’ababiguyemo. Igitero cyagabwe kuwa Gatandatu tariki 28 Ukuboza mu burengerazuba bw’amajyepfo y’Umujyi wa Mogadishu ahahurira bisi nyinshi bitewe n’igenzura ry’umutekano n’isoreshwa ry’amabisi n’amakamyo bihakorerwa. […]

Kicukiro: Gitifu uherutse gukubita umunyamakuru yasezeye ku kazi ku mpamvu ze bwite

capture-18.png

Uwari Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Niboye, mu Karere ka Kicukiro, Havugarurema Jean Marie Vianney yasezezeye ku kazi ku mpamvu byatangajwe ko ari ize bwite. Akarere ka Kicukiro kabinyujijwe ku rukuta rwako rwa Twitter, katangaje ko Havugarurema yeguye ndetse kanamushimira ibyo yagezeho mu gihe yari amaze ayobora Umurenge wa Niboye. Kagize kati ” HAVUGARUREMA J.M.Vianney wari […]

Kagame receives “special message” from Museveni

In a move to further mend frosty relations between the two countries, President Paul Kagame received a special message from his Ugandan counterpart President Yoweri Kaguta Museveni. On Sunday evening, Kagame held a “positive” meeting with Ambassador Adonia Ayebare, President Museveni’s Special Envoy, who traveled to Kigali with a message regarding the two countries’ relationship, […]

Musanze: Ba gitifu b’imirenge bane n’abakozi b’akarere babiri basezeye ku mirimo yabo

Abayobozi mu karere ka Musanze barimo umukozi mu karere ushinzwe imyubakire (One Stop Center) n’ushinzwe ubuzima ndetse na ba gitifu b’imirenge bane basezeye ku mirimo yabo. Amakuru agera kuri Bwiza.com avuga ko abeguye ari abayoboraga mu Mirenge ya Muko, Nyange, Musanze na Kimonyi. Ni mu gihe abayobozi b’aka karere bose bari bareguye mu mezi ashize. […]

Minisitiri w’Intebe wa Israel yarashweho misile ararusimbuka

Hari amakuru avuga ko kuwa kane tariki ya 26 Ukuboza 2019 misile ivuye muri Gaza yarashwe mu gace kari karimo Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netenyahu wari mu bikorwa by’ishyaka rye, LIKUD mu Mujyi wa Ashkelon. Ubwo yari muri iki gikorwa, nk’uko amashusho (video) yashyizwe hanze na televiziyo ya Leta, Kan 11, ushinzwe umutekano yagaragaye […]

Umwaka wa 2019: Nta mihigo idahigura imibereho myiza

Kuva imihigo yatangira mu mwaka 2006, umwaka wa 2019 ni wo wa mbere utabayemo igikorwa cyo guhigura no guhiga. Kudahigura neza ibibazo by’imibereho myiza y’umuturage, iri mu cyerekezo 2020, ngo byaba byarabaye nyirabayazana w’iryo subikwa. Umuhango wo kwesa imihigo ya 2018/2019 no gushyira umukono ku mihigo ya 2019/2020 wari uteganyijwe ku wa Kabiri tariki ya […]

Ntibahiriwe n’ishyamba: Ifatwa rya Bazeye n’urupfu rw’umuvandimwe we, Lt.Col. Nkundiye

Abavandimwe; Nkaka Ignace uzwi nka Laforge Fils Bazeye n’umuvandimwe we, Lt. Col. BEM LĂ©onard Nkundiye ntibahiriwe n’ibikorwa birwanya ubutegetsi bw’u Rwanda. Aba bombi bavuka mu cyahoze ari Komini Karago, ubu ni mu karere ka Nyabihu. Uyu Lt. Col. Nkundiye yari mu ngabo z’igihugu ku butegetsi bwa Gen. Maj. Juvenal Habyarimana (Forces ArmĂ©es Rwandaises) nyuma zitsindwa […]

Umunyeshuri wa kaminuza yishwe, aribwa n’inshuti ye na nyina babifashijwemo n’umuhanuzi

girl-3-1.jpg

Umukobwa w’umunyeshuri muri Kaminuza ya Lagos muri Nigeria (LASU) witwa Favour Seun Daley yishwe, aribwa n’inshuti ye ndetse na nyina babifashijwemo n’uwiyita umuhanuzi. Amakuru ari gucicikana mu gihugu cya Nigeria ni uko uyu mukobwa yagiye gusura umuryango we muri Leta ya Osun ubwo yahamagarwa kuri telefoni n’umusore witwa Owolabi Adeeko, usanzwe ari inshuti ye. Bivugwa […]

Education Ministry to announce national exams results

Hearts are beating within Rwandan students who sat for this year’s National examinations, following the Ministry of education’s announcement that the results will be out tomorrow, December 30. In November this year, National examinations for Ordinary, Advanced Levels as well as vocational schools kicked off, with 119, 000 O’ Level and 51, 291 A’ Level […]

Uwaterese abagore 1,000 yahishuye ibyatunguye benshi ku bagore “bagufi”

capture-17.png

Umugabo w’imyaka 71 witwa Chinks kuri Twitter waterese abagore bagera 1,000 avuga ko bigoye gukundana n’abagore bagufi. Uyu mugabo waciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga, bamwe bemeranyije na we abandi baramwagana ariko we yemeza ashimitse ko mu bagore bakundanye, abagore bagufi bamugoye cyane. Yagize ati ” Mfite imyaka 71, naterese abagore bagera ku gihumbi mu buzima […]

Umuhanda Muhanga-Karongi si nyabagendwa ku modoka zose

capture-15.png

Polisi y’igihugu itangaza ko umuhanda uva i Muhanga ujya i Karongi atari nyabagendwa ku modoka nibi bitewe n’inkangu yacitse ahitwa ku rutare rwa Ndaba. Ibinyujije ku rukuta rwayo rwa Twitter, polisi ivuga ko abifuza kujya i Karongi bakoresha undi muhanda. Yagize iti ” Mwaramutse, turabamenyesha ko kubera inkangu yaguye hafi y’urutare rwa Ndaba, imodoka nini […]

Public decry the delay of national examination results

Many people are complaining saying that it is inadmissible that dates for starting the academic year have already been announced but not the national examination results and that it does not give enough time to students to prepare for school. One parent expressed his concern saying that MINEDUC is being late to publish results and […]

Kimisagara: Abaturage barataka gukubitwa n’inkeragutabara zambaye imyenda isanzwe

Bamwe mu baturage batuye mu Murenge wa Kimisagara mu Karere ka Nyarugenge bavuga ko iyo bahetse ibikapu mu mugongo bafatwa bagakubitwa n’inkeragutabara zitambaye imyenda y’akazi zikabakubita zikeka ko baba bari mu bacuruza ibiyobyabwenge. Aba babwiye Bwiza.com ko bakeka ko izi nkeragutabara zitambara imyenda iziranga mu rwego rwo gufata aba baturage baba bakekwaho kuba abanyabyaha. Umwe […]

Ibyo gutekesha inyama ibinini bya parasitamoro byageze muri Uganda

Amakuru ava muri Uganda avuga ko bimaze kumenyekana ko hari resitora zimwe na zimwe zitekesha inyama ibinibi bya parasitamoro kugira ngo zishe byihuse. Ibijyanye n’iyi migirire Bwiza.com yari iherutse kubibatangariza ariko byavugwaga mu gihugu cya Nigeria. Iyi migirire ngo iramenyerewe cyane mu gace ka Uyo muri Leta ya Akwa Ibom. Aya makuru avuga ko resitora […]

Rwanda to start issuing driving licenses for automatic vehicles

Rwanda will start issuing driving licenses for automatic vehicles effective by January next year for public road testing, a senior official in the ministry of Infrastructure revealed Friday in Kigali. According to Alfred Byringiro, the Transport Division Manager at the ministry of Infrastructure, the new decision follows follows a petition by a private citizen to […]