Kagame warns DRC’s Tshisekedi, Burundi’s Ndayishimiye who threaten to overthrow him
Rwanda’s President Paul Kagame has warned his Congolese and Burundian counterparts that they could pay a heavy price, amid the two presidents threats to overthrow his government. Kagame is accused by both Kinshasa and Gitega of training and financing M23 and RED-Tabara, the rebel groups whom they accuse to destabilize their goverments. Kigali has always […]
Gufumbiza umwanda wo mu musarane mbere y’imyaka 5 bikurura akaga gakomeye
Abahanga mu bijyanye n’ubuzima bagaragaza ko gufumbiza imyaka umwanda wo mu musarane utaramara imyaka itanu bikurura akaga gakomeye karimo n’urupfu. Ibi ni ibyatangajwe Hitiyaremye Nathan, Umukozi w’ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuzima mu Rwanda (RBC) aho avuga ko ifumbire yo mu bwiherero ishobora gushyira ubuzima mu kaga iyo umuturage ayikoresheje nta bwirinzi, cyangwa se ngo ayikoreshe munsi […]
U Burundi bwigaramye amagambo ya Ndayishimiye wavuze ko ashaka guhirika ubutegetsi bw’u Rwanda
Leta y’u Burundi kuri uyu wa Kabiri tariki ya 23 Mutarama, yigaramye amagambo ya Perezida Evariste Ndayishimiye uheruka gutangaza ko yiteguye gutanga umusanzu mu gukuraho ubutegetsi buriho mu Rwanda. U Burundi bwabyigaramye biciye mu itangazo ryasohowe na Perezidansi yabwo. Ni itangazo ryasubizaga iryo Guverinoma y’u Rwanda yasohoye ku mugoroba wo ku wa Mbere yamagana ariya […]
Pasiteri ufite abagore 12 n’abana 25 afunzwe azira kurongora umwangavu
Muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, haravugwa amakuru y’umupasiteri watawe muri yombi akurikiranyweho gushyingiranwa n’umukobwa utaruzuza imyaka y’ubukure. Ni umupasiteri witwa Pierre Kas Kasambakana uyobora itorero Early Church of Yeshua Ha Mashyah uherutse kugaragara mu mashusho asezerana n’umukobwa bivugwa ko ataruzuza imyaka 18 ntibyavugwaho rumwe n’ingeri zitandukanye. Hari ku ya 8 Mutarama 2024, nyuma yo […]
Umushyikirano 2024:Abari baravuye ku ifiriti bayisubiyeho-MINAGRI
Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi itangaza ko umusaruro ukomoka ku buhinzi, kugeza ubu u Rwanda rwejeje imyaka ku kigero cyiza, aho mu turere twose tw’Igihugu usanga usanga bihagije mu biribwa ku buryo n’abari baravuye ku ifiriti bayisubiyeho. Ibi byagarutsweho na Minisitiri w’Ubuhinzi n’Ubworozi Dr Ildephonse Musafiri, mu kiganiro ku iterambere ry’ubukungu rishingiye ku musaruro w’ibikomoka ku buhinzi […]
U Rwanda nta na rimwe rwigeze ruteza izi ntambara zo muri RDC: Perezida Kagame
Perezida Paul Kagame yongeye kunyomoza Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ishinja u Rwanda kuba nyirabayazana y’intambara z’urudaca zayogoje uburasirazuba bwayo, agaragaza ko u Rwanda nta na rimwe rwigeze ruzitangiza. Perezida Paul Kagame yongeye gusaba Abanyarwanda n’abarugenderera kuryama bagasinzira, kuko nta wushobora kwambuka umupaka w’u Rwanda ngo ahungabanye umutekano. Umukuru w’Igihugu yabigarutseho kuri uyu wa Kabiri […]
Liberia:Perezida uherutse gutorwa yananiwe gusoza imbwirwaruhame ye ahagaze ahita aca akabogi
Perezida Joseph Boakai uherutse gutorwa muri Liberia yananiwe gukomeza ijambo yagezaga ku bitabiriye umuhango w’irahira rye ahagaze kubera uburwayi maze ahitamo kurikomeza yiyicariye. Joseph Boakai umaze kugera mu zabukuru dore ko afite imyaka 79, ubwo yari imbere y’imbaga ayigezaho ijambo yateguye, byabaye ngombwa ko afata akaruhuko aricara.Ni umuhango wabaye ku wa Mbere tariki 22 Mutarama […]
RDC:Umunyamabanga wa SADC yemeje ko nta misiyo n’imwe yigeze inanirwa aho yitabajwe hose
Nyuma y’igitero cya SADC ifatanyije n’ihuriro rya FARDC giherutse kugabwa kuri M23 kigahitana abasirikare babiri b’uyu mutwe, umunyamabanga w’Umuryango w’ibihugu bya Africa yo mu majyepfo (SADC) H.E. Elias M. Magosi yavuze ko biteguye kugarura amahoro muri DR.Congo. Yashimangiye ko nta misiyo n’imwe SADC yigeze ijyamo ngo itsindwe ari nayo mpamvu biteguye gukora ibishoboka byose kugirango […]
Gen Kale Kayihura ntiyiyumvisha ukuntu Musanze isigaye ikubye Kisoro incuro 10 mu gutera imbere
Gen (Rtd) Kale Eduard Kayihura wigeze Kuba Umuyobozi Mukuru wa Polisi ya Uganda, yatangaje ko atumva impamvu umujyi wa Musanze usigaye ukubye uwa Kisoro incuro 10 mu iterambere kandi uyu wo mu gace avukamo ari wo wahoze uteye imbere. Gen (Rtd) Kayihura yabitangaje mu mpera z’icyumweru gishize, ubwo yaganiraga n’abaturage b’i Kisoro; agace asanzwe avukamo. […]
Amerika yongeye gusaba iperereza ku matora yabaye muri DR Congo
Nyuma y’uko amatora abaye muri Repuburika Iharanira Demokarasi ya Congo ntavugweho rumwe na benshi ndetse Amerika ikaza gusaba ko hakorwa iperereza ariko ntirikorwe , kurubu yongeye gusaba ko haba igenzura ryimbitse.. Iri genzura Amerika isaba ko ryakorwa,ni mu rwego rwo gushaka kumenya niba intsinzi ya Tshisekedi yaranyuze mu mucyo no mu bwisanzure. Ni amakuru yatangajwe […]
Minisitiri Utumatwishima yasabye urubyiruko ‘kubwiza ukuri’ abarimo Ndayishimiye
Minisitiri w’Urubyiruko, Dr Utumatwishima Jean Nepo Abdallah, yasabye urubyiruko rw’Abanyarwanda kubwiza ukuri abarimo abakuru b’ibihugu by’akarere bafite umugambi wo guhungabanya umutekano w’u Rwanda bitwaje ko bashaka kurubohora. Ni ubutumwa Minisitiri Utumatwishima yatanze yifashishije urubuga rwe rwa X. Yasaga n’ukomoza kuri Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi uheruka gutangaza ko we na RDC bafite umugambi wo guhirika […]
Muyaya yasubiriye P. Kagame, yongera guca amarenga ko hari umugambi wo kumuhirika
Minisitiri w’Itumanaho muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Patrick Muyaya, yongeye kwibasira no gutuka Perezida Paul Kagame w’u Rwanda yise “indwara yugarije akarere” mbere yo guca amarenga y’uko RDC n’u Burundi bakomeje gushaka uko bamuhirika ku butegetsi. Hari mu kiganiro uyu mugabo unasanzwe ari Umuvugizi wa Guverinoma ya RDC aheruka kugirana n’umunyamakuru Marc Perelman wa […]
Murumuna wa Nangaa wagizwe Guverineri, yitandukanyije na mukuru we ushaka guhirika Tshisekedi
Murumuna wa Coroneille Nangaa ,Christophe Nangaa, wamaze gutangazwa nka guverineri w’intara ya Haut-Uélé, yitandukanije na mukuru we nyuma y’uko aherutse gushinga Ihuriro ry’Inyeshyamba zirwanya ubutegetsi bwa Leta ya Congo. Uyu mugabo watangajwe ku rutonde rw’abadepite batsinze amatora yo ku rwego rw’inteko zishinga amategeko z’intara muri DR Congo, yavuze ko abantu badakwiye kumurebera mu gatebo kamwe […]
Kurumwa n’inzoka ukirukira mu bagombozi bishobora kugukururira urupfu
Muri Afurika akenshi by’umwihariko abaturiye amashyamba n’ubutayu, iyo barumwe n’inzoka usanga birukira mu bavuzi gakondo b’abagombozi aho kugana kwa muganga nyamara ntibazi ko bishobora kubakururira urupfu. Ibi byagarutsweho n’ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima (RBC),aho cyashimangiye ko umuntu warumwe n’inzoka akwiye guhita agana muganga byihuse aho kugana mu bagombozi.RBC ivuga ko sosiyete nyarwanda abenshi bishyizemo ko uwarumwe n’inzoka […]
Amajyepfo:Umuyobozi ushinzwe imiyoborere myiza yafunzwe
Urwego rw’Ubugenzacyaha RIB rwatangaje ko rwataye muri yombi Kabera Vedaste usanzwe ari umuyobozi ushinzwe imiyoborere myiza mu ntara y’Amajyepfo. Ni amakuru yatangajwe n’uru rwego ruvuga ko uyu muyobozi yatawe muri yombi acyekwaho gutanga ruswa.Ashinjwa gushaka guha ruswa Umugenzacyaha ngo adakurikirana ibirego umugore we amushinja ku byaha byo kumuhoza ku nkeke no kumuhohotera. RIB ikomeza ivuga […]
Ikofi ya mwarimu isigaye ituma abari barasezeye basaba ku garuka kwigisha
Hari abarimu bari barasezeye akazi ko kwigisha basigaye bifuza ku garuka kwigisha nyuma y’uko imibereho yabo yongewemo imbaraga ubu bakaba hari urwego bagenda bageraho rutandukanye n’urwo bahozeho mu myaka yashize. Ibi byagarutsweho n’Umuyobozi w’Urwego rw’Uburezi bw’Ibanza, REB, Dr. Nelson Mbarushimana , aho yagaragaje ko ubushobozi bwa mwarimu bwongerewe ku buryo impinduka zimugaragaraho zituma abandi bari […]
I Mweso rwabuze gica mu ntambara ihuje M23 n’Ihuriro rya FARDC
Mu Gitondo cya kare cyo kuri uyu wa Mbere, tariki ya 22/01/2024, mu gace ka Mweso, hafi n’umujyi Goma, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, muri Repuburika Iharanira Demokarasi ya Congo , habyukiye imirwano hagati ya M23 n’Ihuriro y’Ingabo za FARDC ndetse na SADC. Nk’uko bigaragara ku rukuta rwa Twitter rw’umuvugizi wa M23 Lawrence Kanyuka, yatangaje […]
Israel vs Hamas:Abakozi barenga 150 ba UN Bamaze gupfira mu ntambara-Guterres
Kuri iki Cyumweru, umunyamabanga mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, Antà³nio Guterres, yamaganye Israel ku rupfu rw’abasivili b’Abanyapalestine bakomeje kwicirwa i Gaza, aho avuga ko uburenganzira bwabo bukomeje guhonyorwa. Ubwo yafunguraga ku mugaragaro inama ya G77+China yabereye mu Mujyi wa Kampala muri Uganda, Guterres yasabye abayobozi b’ibihugu bitandukanye guhaguruka bagahagarara bakamagana ibikomeje kubera muri Israel. Ati: “Ntabwo nzacogora […]
Ibintu 6 Tshisekedi yasezeranyije abanye-Congo mu myaka 5 iri imbere
Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yahaye abaturage b’igihugu cye amasezerano atandatu y’ibyo agomba kubakorera mu myaka itanu iri imbere. Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 20 Mutarama ni bwo Tshisekedi yarahiriye kuyobora RDC muri manda ye ya kabiri izamara imyaka itanu. Ni umuhango wabereye muri Stade des Martyrs i Kinshasa, […]
Tshisekedi yarahiriye kuyobora RDC muri manda ya 2
Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 20 Mutarama yarahiriye kuyobora iki gihugu muri manda ye ya kabiri izamara imyaka itanu. Ni umuhango wabereye muri Stade des Martyrs i Kinshasa, witabirwa n’abanyacyubahiro batandukanye barimo ba Perezida b’ibihugu 18 bya Afurika. Imbere y’abanye-Congo barenga 60,000 bari buzuye […]
Umuhanda Prince House -Giporoso ugana Masaka ugiye kwagurwa
Minisitiri w’Ibikorwaremezo, Dr Jimmy Gasore, yavuze ku ishusho ngari yo gukemura ikibazo cy’ingendo rusange. Yashimangiye ko muri uyu mwaka nk’Umuhanda wa Giporoso [Prince House] ugana i Masaka ugiye gutangira kwagurwa ukagira ibisate bine mu kugabanya umuvundo w’imodoka ziwukoresha. Yabigarutseho ubwo yaganiraga na RBA , kuri uyu wa Gatandatu taliki 20 Mutarama 2024, agaragaza uko gahunda […]
Gakenke: Umunyeshuri yishwe n’inkongi y’umuriro yibasiye ishuri yigagaho
Umunyeshuri w’umuhugu yapfuye kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 20 Mutarama, nyuma y’inkongi y’umuriro yibasiye ishuri rya EAV Rushashi ryo mu karere ka Gakenke yigagaho. Umuyobozi w’akarere ka Gakenke, Mukandayisenga Vestine, yavuze ko umunyeshuri wishwe n’iriya nkongi yabaye mu ma saa cyenda z’ijoro ari uwo yagezeho mbere. Yabwiye Kigali Today ko “Byabaye saa cyenda z’ijoro, […]
M23 yongeye gukorogana na SADC hitabazwa indege zivanwe i Kinshasa
Ibintu bikomeje gufata indi ntera hagati y’umutwe wa M23 na SADC ifatanyije na FARDC, aho imirwano ikomeje gufata indi ntera by’umwihariko mu duce twa Masisi. Amakuru abyutse ajya hanze muri iki gitondo, ni uko izi ngabo za SADC na FARDC zongeye kurashisha indege zintambara zitagira abapilote na Soukho௠mu duce M23 irimo. Ni imirwano yatangiye […]
Ibimenyetso 8 bishobora kukwereka ko wanduye SIDA utiriwe wipimisha
Abashakashatsi bemeza ko hari ibimenyetso bishobora kwereka umuntu wakoze imibonano mpuzabitsina idakingiye ko ashobora kuba yaramaze kwandura agakoko gatera SIDA, n’ubwo mu busanzwe bizwi ko ako gakoko kataboneshwa amaso. Urubuga Health.com twifashishije, ruvuga ko mu gihe agakoko gatera SIDA kamaze byibura ukwezi kumwe cyangwa abiri kari mu mubiri w’umuntu, abantu 40% kugeza kuri 90% bashobora […]
Umutoza mushya Rayon Sports yakiriye ayihishiye iki?
Rayon Sports mu ijoro ryacyeye yaraye yakiriye Umufaransa Julien Mette waje kuyibera umutoza mukuru. Uyu mugabo yaje asimbura umunya-Tunisia Yamen Zelfani watandukanye n’iyi kipe mu mwaka ushize. Julien Mette w’imyaka 42 y’amavuko, yari asanzwe ari umutoza wa AS Otohô yo muri Congo-Brazzaville. Nyuma yo kugera i Kigali yabwiye itangazamakuru ko yahisemo gutandukana na yo kubera […]
Pte muri UPDF afunzwe azira kwizamura mu ntera akigira Major
Igisirikare cya Uganda cyatangaje ko gifunze umusirikare wacyo ufite ipeti rya Private, nyuma yo kwizamura mu ntera akiha irya Major. Private ni ryo peti rito kurusha andi muri UPDF, mu gihe Major riza ku mwanya wa karindwi mu yakomeye; inyuma y’irya Lieutenant Colonel, Colonel, Brigadier General, Major General, Lieutenant General na General. UPDF yemeje ko […]
Bombori bombori mu ishyaka UDPS rya Tshisekedi
Ibintu ntibyifashe neza mu ishyaka UDPS rya Tshisekedi nyuma y’uko batavuga rumwe ku byavuye mu matora. Uyu mwuka wo kutumvikana watangijwe n’umunyamabanga mukuru w’i Shyaka rya Udps Augustun Kabuya Tshilumba, aho avuga ko atemera ibyavuye mu matora aherutse kuba muri RDC. Ni nyuma yo gushyira itangazo hanze rimenyesha ko amatora aheruka kuba muri Repubulika ya […]
Rayon Sports yabonye umutoza ukomoka mu Bufaransa
Ikipe ya Rayon Sports yabonye umutoza mushya w’Umufaransa, aho yaje asimbura Mohamed Wade uherutse kwirukanwa . Uyu Mufaransa, Julien Mette, ubwo yageraga ku kibuga cy’indege cya Kigali i Kanombe yashimangiye ko agiye kusa ikivi abandi bari baratangiye.Yongeyeho ko kandi atewe ishema no gutoza ikipe y’ubukombe. Ni mu gihe nyuma y’uko imikino ibiri ishize Rayon Sports […]
Bruce Melodie wanze kumugarira mu mukino wa Basket yawushoyemo umutahe
Umuhanzi Itahiwacu Bruce uzwi nka Bruce Melodie ku bufatanye na Coach Gael uyobora 1:55AM, bashoye imari mu ikipe ya Basket Ball ya United Generation Basketball (UGB). Bruce Melodie nk’umuhanzi yavuze ko mbere yo kwinjira mu buhanzi yabanje gukina uyu mukino ariko umuntu umwe aza kumukandagira ino, ahitamo kubireka ajya mu muziki. Kuri uyu wa Gatanu […]
Kwa Capitaine Ibrahim Traoré hapfubye indi Coup d’état
Guverinoma ya Burkina Faso yemeje ko ku wa Kane tariki ya 18 Mutarama muri icyo gihugu hageragejwe Coup d’état, ariko iza kuburizwamo. Byemejwe n’umuvugizi wa Guverinoma wamaganye icyo yise “kugerageza ubugira kenshi guhungabanya” kiriya gihugu giherereye mu karere ka Sahel. Rimtalba Jean Emmanuel Ouédraogo yavuze ko abagerageje uriya mugambi bamaze gutabwa muri yombi. Uyu yavuze […]
Kompanyi umunani nizo zasaranganyijwe Bus 100 zizajya zitwara abagenzi
Ibigo bigera ku munani nibyo byagabanijwe Bus 100 zamaze kugera i Kigali, aho zizajya zitwara abagenzi mu byerekezo bitandukanye. Izi Bus zije nyuma y’uko Leta ifashe icyemezo cyo kuzigura, ikigamijwe ari ukugabanya umurongo ukunze kugaragara ahategerwa imodoka. Ni gahunda kandi yari igamije korohereza abashoramari mu gutwara abantu n’ibintu mu mujyi wa Kigali.Kugeza ubu abatsindiye isoko […]
Bobi Wine ‘yeretse umujyi’ abasirikare n’abapolisi bari bamufungiye iwe
Umunyapolitiki Robert Ssentamu Kyagulanyi uzwi muri Uganda nka Bobi Wine, yaciye mu rihumye abasirikare n’abapolisi bari bamufungiye iwe ajya kwifatanya mu myigaragambyo n’abamushyigikiye. Kuva ku wa Kane tariki ya 18 urugo rwa Bobi Wine ruherereye i Magere mu karere ka Wakiso ndetse n’urwa Dr Kizza Besigye na we utavuga rumwe n’ubutegetsi, zigoswe n’igisirikare ndetse na […]
Abanyekongo amagana bakorewe ‘Operasiyo’ yo kubirukana ku butaka bwa Angola
Guverinoma ya Angola yafashe icyemezo cyo kwirukana, Abanyekongo barenga 200 babarizwa ku butaka bwayo.Abirukanwe ni abatagira ibyangombwa n’abacukura amabuye y’agaciro ari mu bwoko bwa Diamond mu buryo bunyuranyije n’amategeko. Abirukanwe bageze ku mupaka wa Kamoko uri mu birometre 150 by’Amjyepfo y’i Ntara ya Tshikapa, muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, tariki ya 17/01/2024. Sosiyete Sivile […]
Burundi:Perezida Ndayishimiye yasabwe kweguza Minisitiri w’umutekano
Umukuru w’Igihugu cy’u Burundi Ndayishimiye Evariste, yasabwe ko yakweguza mu maguru mashya Minisitiri w’umutekano ku mpamvu y’icyemezo yafashe cyo gufunga umupaka uhuza iki gihugu n’u Rwanda. Ibi byasabwe n’Ishyaka ryo mu Burundi rizwi nka Nkundagihugu MAP Burundi Buhire,aho ryasabye ko uyu Minisitiri Martin Niteretse yeguzwa kuko yafunze imipaka kandi binyuranyije n’amategeko agenga umuryango wa Afrika […]
Joseph Kabila yanze kwitabira irahira rya Tshisekedi
Joseph Kabila Kabange wahoze ari Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ntabwo azitabira umuhango w’irahira rya Félix Antoine Tshisekedi wamusimbuye ku butegetsi. Ku wa Gatandatu tariki ya 20 Mutarama ni bwo Tshisekedi azarahirira kuyobora RDC muri manda ya kabiri, mu muhango uzabera kuri Stade des Martyrs i Kinshasa. Abakuru b’ibihugu 18 ni bo byitezwe […]
Afurika:Ibi bihugu 18 bizabamo amatora ya Perezida muri uyu mwaka wa 2024

Uyu mwaka wa 2024, ni umwaka witezwemo amatora y’abaperezida mu bihugu byinshi ku isi , ariko byagera muri Afurika bikaba akarusho kuko ku rutonde rw’ibihugu bizabamo amatora hagaragaramo ibigera kuri 18 hakiyongeraho n’ibirwa bya mauritius bizabamo amatora y’abadepite. Ibi bihugu uko ari 18 , harimo ibyagiye bikomatanya amatora y’umukuru w’igihugu n’ay’abadepite ibindi bihitamo gutegura amatora […]
Minisitiri w’Intebe Ngirente ari muri Uganda
Minisitiri w’Intebe, Dr à‰douard Ngirente, ari i Kampala muri Uganda aho yitabiriye inama y’Abakuru b’Ibihugu na za Guverinoma bihuriye mu Muryango w’ibihugu bidafite aho bibogamiye (Non-Aligned Movement). Ku wa Mbere tariki ya 15 Mutarama ni bwo imirimo y’iyi nama iri kuba Ku ncuro ya 19 yatangiye. Ababarirwa mu 4,000 baturutse mu bihugu 120 byo hirya […]
Burundi: Agathon Rwasa n’uwahoze akuriye Inteko Ishinga Amategeko mu mazi abira
Leta y’u Burundi irashinja Agathon Rwasa ukuriye Ishyaka CNL ritavuga rumwe n’ubutegetsi na Léonce Ngendakumana wahoze akuriye Inteko Ishinga Amategeko gukorana n’imitwe y’iterabwoba. Ni ibirego aba bagabo bombi bashinjwe biciye mu itangazo riheruka gusohorwa na Minisitiri w’Umutekano w’Imbere mu gihugu, Martin Niteretse. Ni itangazo ribaburira rinabasaba “kwitegura ingaruka zo kwihuza n’iyo mitwe.” Rwasa na Ngendakumana […]
Ruhango:Ubuyobozi buvuga iki ku banyeshuri 72 barwariye rimwe?
Ubuyobozi bw’akarere ka Ruhango, buravuga buhangayikishijwe n’umubare w’abanyeshuri 72 baherutse kwibasirwa n’indwara y’ibicurane bakarwarira rimwe. Ni abanyeshuri bo mu Rwunge rw’Amashuri (GS) Indangaburezi mu Karere ka Ruhango, aho abo banyeshuri baherutse kwibasirwa n’ibicurane byabanje gutuma hacyekwa ko ari ubundi burwayi. Ubuyobozi bw’Akarere burahumuriza, abantu bukavuga ko ari indwara isanzwe atari icyorezo nk’uko hari abari babiketse. […]
Bikomeje kuba bibi hagati ya Amerika na Houthi
Ibintu bikomeje kuba bibi hagati ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’inyeshyamba za Houthi nyuma y’uko uyu mutwe urashe ibisasu ku mato y’ubucuruzi ya Amerika na Israel. Ibi byatumye habaho kumisha ibisasu kuri izi nyeshyamba Amerika ivuga ko zishyigikiwe na Iran , ariko by’umwihariko kuri uyu wa Kane nibwo hamenyekanye amakuru ko misiles 14 z’aba […]
RDC:Harimo gucurwa umugambi wo kuburizamo irahira rya Tshisekedi
Bamwe mu batavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Tshisekedi barimo gucura umugambi wo kwishyira hamwe bagategura imyigaragambyo yo kwamagana no kuburizamo gahunda y’irahira rya Perezida Tshisekedi. Ni umugambi watangiye kumenyekana kuri uyu wa Kane tariki ya 18/01/2024, aho abarimo Martin Fayulu, Moà¯se Katumbi, Anzuluni Floribert n’abandi bahamagariye Abanyekongo bose kwigaragambya ngo bagaragaze ko batishimiye ibyavuye mu matora. […]
U Rwanda rwashyikirije RDC abasirikare 2 n’umurambo
U Rwanda kuri uyu wa Kane tariki ya 18 Mutarama, rwashyikirije Repubulika Iharanira Demokarasi abasirikare babiri bayo ruheruka baheruka gufatirwa i Rubavu n’umurambo wa mugenzi wabo waharasiwe. Igikorwa cyo gushyikiriza RDC aba basirikare cyabereye ku mupaka uhuza ibihugu byombi mu karere ka Rubavu. Bakiriwe na FARDC mbere y’uko umurambo w’uwishwe ujyanwa mu buruhukiro bw’ibitaro bya […]
Musanze: Abarerera muri GS Kabaya barinubira gucibwa ‘Frw y’umurengera’ no kuba abana babo bavutswa amasomo
Bamwe mu babyeyi barerera mu Rwunge rw’Amashuri rwa Kabaya ruherereye mu murenge wa Muhoza w’akarere ka Musanze, barashinja ubuyobozi bw’iri shuri kubaca amafaranga y’umurengera; ku buryo abatayishyura birangira abana babo bavukijwe amasomo. Umwe mu babyeyi wasabwe ko amazina ye agirwa ibanga, yavuze ko ubuyobozi bw’ishuri bumaze igihe bwongera amafaranga bishyura mu buryo budasobanutse; kandi andi […]
Rusizi:Umugabo yarumye ugutwi k’umugore we agace akuyeho bivugwa ko yakamize
Mu ntara y’Iburengerazuba mu Karere ka Rusizi, haravugwa umugabo warumye ugutwi k’umugore we, maze bivugwa ko agace yakuyeho ashobora kuba yakamize. Imvano y’uyu mujinya w’umuranduranzuzi uyu mugabo yagaragaje, wakomotse ku ifuhe yagiriye uyu mugore we nyuma yo kumushinja ko amuca inyuma.Ni amakuru yamenyekanye mu mpera z’icyumweru gishize. Uyu muryango washyamiranye utuye mu Mudugudu wa Rugombo, […]
Diamond yatandukanye na Zuchu ‘yambuye ubusugi’
Umuhanzi Naseeb Abdul Juma uzwi mu muziki nka Diamond Platnumz, yemeje ko atakiri mu rukundo n’umuririmbyi mugenzi we Zuchu bari bamaze umwaka urenga bakundana. Uyu muhanzi uyoboye umuziki wa Tanzania yifashishije urubuga rwe rwa Instagram, yatangaje ko kuri ubu nta mukunzi agifite ndetse ko nta n’uwo agikeneye. Ati: “Guhera uyu munsi, nishimiye kubamenyesha ku mugaragaro […]
Zari yavuze uko yabaye umukozi wo mu rugo mbere yo kuba slayqueen
Zari Hassan uzwi nka Bosslady, yohereje ubutumwa butaziguye abagore n’abakobwa bazwi nka Slay Queen bose,aho yavuze ko mu gihe bimitse gahunda yo gusabiriza bazahora ari abakene ntibagire icyo bigezaho. Zari yatangaje ko nubwo abaho ubuzima buhenze , yabanje guca ahantu hakomeye kandi havunanye ku buryo yigeze no kwisanga akora akazi ko mu rugo, ariko kandi […]
Pakistan yishyuye Iran imaze amasaha make iyigabyeho ibitero
Pakistan kuri uyu wa Kane tariki ya 18 Mutarama yagabye ibitero bya missile kuri Iran, nyuma y’amasaha make icyo gihugu na cyo kiyigabyeho ibitero. Pakistan ivuga ko ibitero byayo byashegeshe “ubwihisho bw’ibyihebe” [byo muri Iran] buherereye mu ntara ya Sistan-Baluchestan. Abantu barindwi barimo abagore batatu n’abana bane ni bo bivugwa ko biciwe muri biriya bitero, […]
Uganda: Bobi Wine na Besigye bafungiwe mu ngo zabo
Abanyapolitiki Robert Ssentamu Kyagulanyi ‘Bobi Wine’ na Dr Kizza Besigye batavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Uganda, baravuga ko inzego z’umutekano zabafungiye mu ngo zabo. Bombi babitangaje biciye mu butumwa banditse ku mbuga zabo za X yahoze yitwa Twitter. Bobi Wine yavuze ko “ibigwari by’abasirikare n’abapolisi byagose urugo rwacu hanyuma bidufungira iwacu, ariko imyigaragambyo irakomeje. Musane imihanda […]
Mu Bushinwa bahangayikishijwe n’igabanuka ry’impinja zivuka
Mu Bushinwa haravugwa ikibazo cy’igabanuka ry’abaturage gikomeje gufata indi ntera mu myaka ibiri yikurikiranya. Kuri uyu wa Gatatu taliki 17 Mutarama 2024, nibwo hashyizwe ahagaragara ibarura ryerekanye ko mu mpera z’umwaka ushize wa 2023 abantu bangana na Miliyari 1.409 bagabanutse ugereranyije na 2022. Abahanga mu by’ibarurishamibare bavuga ko ibi byari byitezwe kuko abenshi mu Bashinwa […]
Abasirikare ba RDF barimo ba Ofisiye basoje imyitozo ihanitse yo kurwanira ku butaka (Amafoto)

Abasirikare ba RDF barimo abo ku rwego rwa ba Ofisiye ndetse n’abato basoje imyitozo igenewe ingabo zirwanira ku butaka (Advanced Infantry Training) bari bamaze amezi arindwi bakorera mu kigo cy’imyitozo cya Nasho. Umuhango wo gusoza iyi myitozo wayobowe n’Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda, Gen Mubarakh Muganga wari uwuhagarariyemo Perezida Paul Kagame. Gen Muganga yashimiye abasoje […]
Indege ya UPDF yarashe Bombe kuri FARDC bamwe bacika amaguru
Abasirikare benshi bo muri DR Congo bakomerekejwe n’amakompora yarashwe n’indege(Sukhoi) y’igisirikare cya Uganda UPDF cyo muri Uganda nyuma yo kwibasira ibirindiro by’ingabo za Kongo ariko mu buryo kitari cyateguwe. Ibi byabaye mu gitondo cyo kuri uyu wa kabiri ahagana saa moya za mugitondo ku muhanda wa Eringeti-Komanda.Amakuru avuga ko UPDF yarashe aya makompora yibwira ko […]
U Bwongereza n’u Rwanda ntibikwiye kuba bikinira imikino ya politiki ku buzima bw’abantu: Depite Habineza
Umuyobozi w’Ishyaka Riharanira Demokarasi no Kurengera ibidukikije, Dr Frank Habineza, yasabye Leta z’u Bwongereza n’u Rwanda kureka gukomeza gukinira imikino ya politiki ku buzima bw’abantu. Mu mwaka ushize ni bwo u Bwongereza n’u Rwanda byasinyanye amasezerano yerekeye gahunda yo kohereza mu Rwanda abimukira bo muri kiriya gihugu, gusa iza guhagarikwa nyuma yo kwitambikwa n’inkiko zirimo […]
Patrice Lumumba wibukwa n’Abanyekongo kuri uyu munsi yari muntu ki?
Patrice Lumumba, Yishwe azira kuba yarari kwaka ubufasha Repubulika zunze ubumwe z’abasoviete ngo zifashe Congo kubona ubwigenge busesuye, aho yakoronizwaga n’u Bubiligi kandi u Bubiligi bwari buri ku ruhande rwa Leta zunze ubumwe z’ Amerika hamwe n’ibindi bihugu byo mu burengerazuba bw’u Burayi ndetse n’igice kimwe cy’uburengerazuba bwa Uganda, kuri Lumumba (…) Patrice Lumumba, Yishwe […]
Karim Benzema yareze Minisitiri wamushyize mu gatebo k’abayisilamu b’abahezanguni
Umukinnyi w’umupira w’amaguru mu Bufaransa, Karim Benzema, yatanze ikirega arega Minisitiri w’umutekano w’imbere mu gihugu mu Bufaransa amushinja kumusebya ko afitanye isano n’abayisilamu b’abahezanguni. Minisitiri Gérald Darmanin mu kwezi k’Ukwakira 2023, yavuze ko Bwana Benzema afitanye isano rizwi n’umutwe w’abayisilamu b’Abasuni avuga ko basanzwe bazwiho ubutagondwa.Umwunganizi wa Benzema yavuze ko aya magambo atesha agaciro icyubahiro […]
M23 yarahiriye kwihorera kuri FARDC yivuganye ba ‘Komanda’ bayo 2
Umutwe wa M23 warahiriye kwihorera ku ngabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), nyuma yo kwica abasirikare babiri bawo bakuru nk’uko wabyemeje. Ku wa Kabiri tariki ya 16 Mutarama ni bwo Ingabo za Congo zifatanyije n’izirimo iz’u Burundi ndetse na SADC zagabye ibirindiro bikomeye ku birindiro bya M23. Amakuru avuga ko ibirindiro byatewe birimo […]
Inzu z’abimuwe ahazwi nko kwa Dubai zisigaye ziberamo abajura n’ibihunyira
Bamwe mu bimuwe mu nzu zubatswe mu murenge wa Kinyinya ahazwi nko kwa Dubai, baravuga ko inyubako babagamo zisigaye ziberwamo n’abajura ndetse n’ibihunyira nyuma y’uko Umujyi wa Kigali ubabwiye ko bazazibasanira ariko amaso akaba yaraheze mu kirere. Ikibazo cy’aya mazu cyazamutse mu ntangiro za Werurwe 2023 mu mvura itari yoroshye mu mujyi wa Kigali by’umwihariko […]
Perezida Kagame na Museveni mu batazitabira irahira rya Tshisekedi
Perezida Paul Kagame w’u Rwanda na mugenzi we Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda, ntibari mu bakuru b’ibihugu bazitabira umuhango w’irahira rya Perezida Félix Antoine Tsahisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Ku wa Gatandatu tariki ya 20 Mutarama ni bwo Tshisekedi azarahirira kuyobora RDC muri manda ya kabiri y’imyaka itanu, mu birori bizabera muri Stade […]
Umuhungu wa Perezida wa Somalia yakatiwe nyuma yo guhamwa n’icyaha cy’ubwicanyi
Kuri uyu wa kabiri, urukiko rwa Turkey rwahamije umuhungu wa perezida wa Somalia icyaha cyo kwica umumotari,maze rumukatira igifungo cy’imyaka ibiri ariko cyahise cyivunjwamo ihazabu. Ku ya 30 Ugushyingo, Mohammed Hassan Sheikh Mohamud umuhungu wa Perezida wa Somalia,yashinjwaga guteza urupfu rw’umumotari wagemuriraga abantu kuri moto nyuma yo kumugonga ubwo yari mu modoka y’Abadipolomate yari atwaye. […]
FARDC yababajwe n’iraswa ry’umusirikare wayo wishwe na RDF

Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo cyemeje ko umusirikare wacyo yarashwe mu cyico na RDF na ho bagenzi be babiri barafatwa, nyuma yo kwambuka bakisanga mu Rwanda. FARDC yemeje ayo makuru mu itangazo ryasohowe n’Umuvugizi wayo, Général-Major Sylvain Ekenge. Yavuze ko ku wa Kabiri tariki ya 16 Mutarama mu ma saa yine z’ijoro bariya […]
Mbaoma yahigitse abarimo Luvumbu, ahembwa nk’umukinnyi mwiza w’ukwezi
Rutahizamu Victor Mbaoma Chukwuemeka wa APR FC yegukanye igihembo cy’umukinnyi mwiza w’ukwezi k’Ukuboza 2023, nyuma yo guhigika abarimo Héritier Nzinga Luvumbu wa Rayon Sports bari bagihataniye. Ni mu bihembo by’abitwaye neza muri shampiyona FERWAFA yatangiye gutanga mu ijoro ryacyeye, nyuma y’igihe kirekire yarahagaritse kubitanga. Mbaoma yarangije imikino ibanza ya shampiyona ari we uyoboye abatsinze ibitego […]