Gen. Muhoozi Kainerugaba yagizwe Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda

Perezida Yoweri Kaguta Museveni akanaba Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo za Uganda, yagize umuhungu we, Gen Muhoozi Kainerugaba, Umugaba Mukuru w’Ingabo. Gen. Muhoozi wari usanzwe ari umujyanama mukuru wa Museveni ku bikorwa byihariye, yasimbuye kuri ziriya nshingano Gen. Wilson Mbasu Mbadi wagizwe Umunyamabanga wa Leta ushinzwe ubucuruzi, inganda ndetse n’amakoperative mu bijyanye n’ubucuruzi. Gen. Muhoozi wagizwe Umugaba […]

Mu mezi abiri ya Mbere ya 2024 izamuka ry’ibiciro ku isoko ryageze 4,9%

Mu kwezi k’Ukuboza umwaka ushize wa 2023, ihindagurika ry’ibiciro ku masoko ryari ku gipimo cya 6,4 kivuye kuri 20,7% uwo mwaka, mu gihe mu mezi abiri ya mbere y’uyu mwaka wa 2024, Izamuka ry’ibiciro ku isoko ryageze kuri 4,9%. Banki Nkuru y’Igihugu (BNR) yabigarutseho kuri uyu wa Kane, tariki ya 21 Werurwe 2023, ubwo yagaragazaga […]

Perezida Kagame yakiriye Prof Benedict Okechukwu

gjmxakpxkaapuac.jpg

Kuri uyu wa Kane, Taliki 21 Werurwe 2024,Perezida Kagame yakiriye Perezida wa Banki Nyafurika ishinzwe guteza Imbere Ibyoherezwa n’Ibitumizwa mu Mahanga, Afreximbank, Prof Benedict Okechukwu Oramah. Yakiriye kandi Umuyobozi w’Inama y’Ubutegetsi y’Ikigega Nyafurika cy’Iterambere ry’Ubucuruzi bwohereza ibintu mu Mahanga, FEDA, Marlene Ngoyi Mvidia n’abanyamuryango bacyo barimo Rosa Whitaker na Dr. Sidi Ould Tah. Umukuru w’Igihugu […]

METEO-Rwanda yavuze ku by’ubushyuhe bumaze iminsi bwariyongereye

Mu gice cya kabiri cy’ukwezi kwa Werurwe 2024 mu Rwanda humvikanye ubushyuhe budasanzwe aho bwagiye bwiyongera umunsi ku wundi ariko abenshi ntibamenye ngo buri guterwa n’iki. Mu bisobanuro bitangwa n’iki kigo gishinzwe Ubumenyi bw’Ikirere, Meteo-Rwanda, gitangaza ko ubu bushyuhe bwaturutse ku mirasire y’Izuba yiyongereye.Gusa ngo ni ikibazo u Rwanda ruhuriyeho n’ibindi bihugu byo ku isi […]

UK: Umwana na nyina babanya-Uganda bafunzwe bazira koherereza inkunga mwenewabo wabaye icyihebe

Vanessa Atim, umucuruzi ukomoka muri Uganda na nyina, Stella Oyella, bafunzwe bazira kohereza amafaranga mwene wabo winjiye mu mutwe w’iterabwoba, Daesh / ISIS muri Siriya. Igipolisi gishinzwe kurwanya iterabwoba mu Bwongereza cyatangaje ko ku ya 20 Werurwe 2024, ko cyataye muri yombi Stella Oyella w’imyaka 53 n’umukobwa we Vanessa Atim w’imyaka 32 bombi babakomoka muri […]

Ubutasi bw’u Burundi bufungiye ahantu hatazwi umuturage w’u Rwanda

Amakuru aturuka mu gihugu cy’u Burundi aravuga ko hari Umunyarwanda witwa Habiyaremye Jean de Dieu umaze iminsi afunzwe n’urwego rw’iki gihugu rushinzwe iperereza (SNR). Ku wa Gatatu tariki ya 13 Werurwe ni bwo Habiyaremye yatawe muri yombi, nyuma yo kugera mu Burundi akubutse i Kigomba muri Tanzania. Amakuru y’itabwa muri yombi rye yemejwe na bagenzi […]

Mushikiwabo yaganiriye na Perezida Macron

Perezida Emmanuel Macron w’u Bufaransa ku wa Gatatu tariki ya 20 yakiriye Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango Mpuzamahanga w’Ibihugu bikoresha ururimi rw’Igifaransa, Louise Mushikiwabo, bagirana ibiganiro. Ni ibiganiro byahuriranye n’umunsi mpuzamahanga wahariwe uriya muryango wizihijwe Ku wa 20 Werurwe. Umuryango wa OIF ubinyujije ku rubuga rwawo rwa X, watangaje ko ibiganiro bya Mushikiwabo n’intumwa zari zimuherekeje na […]

Abitabira kwiga umwuga w’Ubuforomo mu Rwanda bangana na 20%

Umubare w’abitabira kwiga umwuga w’Ubuforomo n’ububyaza mu Rwanda ungana na 20% bitewe nubushobozi bucye bw’ababa bashaka kuwiga. Byagarutsweho n’umuyobozi muri MINISANTE ushinzwe imyigishirize no guteza imbere abakozi b’Urwego rw’Ubuzima, Dr Menelas Nkeshimana,ubwo yavugaga kuri gahunda Minisante ikomeje yo gushaka abafatanyabikorwa mu kuzamura umubare w’abiga uyu mwuga. Dr Nkeshimana avuga ko impamvu bakomeje gushaka abafatanyabikorwa bo […]

USA: Minisiteri y’Ingabo yavuze ko ubu Amerika nta mafaranga ifite yo kugurira intwaro Ukraine

Amerika yatangaje ko kugeza ubu Washington, nta mafaranga ifite yo kugurira ibitwaro Ukraine mu Ntambara iyihanganishijemo n’Uburusiya, gusa ngo izakomeza iyishyigikire. Ibi ni ibyatangajwe na Minisitiri w’Ingabo wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika,Lloyd Austin nyuma y’inama yagarukaga ku kibazo cya Ukraine. Yizeje inshuti ze z’Uburayi ko ubutegetsi bwa Perezida Joe Biden butarota butezuka mu gushyigikira […]

EAC:Kenya yaje imbere mu bihugu bifite abaturage bishimye kurusha abandi

Ku rutonde ruriho ibihugu 143, ibihugu 10 bya mbere byishimye kurusha ibindi ntibyahindutse cyane guhera mbere ya Covid. Finland iracyaza imbere mu kugira abaturage bishimye, ikurikiwe na Denmark, kandi ibihugu bitanu byose byo mu burayi bwa ruguru ahazwi nka ‘Nordic countries’ biza mu 10 bya mbere kuri uru rutonde. Ibihugu byo mu burasirazuba bw’Uburayi byarazamutse […]

MINAGRI irikwiga uko yagoboka abarobyi b’isambaza bahombywa no gukoresha Peterori mu mwuga

Abarobyi b’Isambaza barataka igihombo baterwa no kuba bakoresha ibikoresha gakondo bityo ugasanga biri kubashyira mu gihombo. Aba barobyi bavuga ko bakunze gukorera mu bihombo kubera ko peteroli yahenze kandi n’umusaruro w’isambaza ukaba warabaye muke cyane.Batanga urugero rw’uko hari nk’igihe itsinda ry’abarobyi 10 bashobora kuroba ibiro bibiri by’isambaza bashoye ibihumbi 16 frw bya peteroli. Ministeri y’ubuhinzi […]

BNR yaburiye abakomeje gushora amafaranga muri STT

Banki Nkuru y’Igihugu (BNR) yaburiye Abanyarwanda bakomeje gushora amafaranga muri Company izwi nka STT (SuperFree to Trade), iyigaragaza nk’itemerewe gukora ubucuruzi bw’amafaranga. Kuva mu ntangirizo z’uyu mwaka ni bwo STT yatangiye gukorera mu Rwanda. Abayishoyemo amafaranga basobanura bagira inyungu bahabwa ku munsi bitewe n’umubare w’amafaranga bashoyemo. Amafaranga make umuntu ashobora gushoramo ni $75 (Frw 107,000) […]

M23 yarashe ibisasu mu birindiro bya FARDC n’abambari bayo

Umutwe wa M23 uravugwaho kurasa ibisasu mu birindiro Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) n’abambari bazo bafite mu mujyi wa Sake no mu gace ka Lac-Vert gaherereye mu burengerazuba bw’Umujyi wa Goma. Ku wa Kabiri tariki ya 19 Werurwe ni bwo ibyo bisasu byarashwe, ubwo imirwano ikomeye yarimo ijya mbere yahagati ya M23 […]

Kenya:Habaye impanuka ikomeye yahitanye abanyeshuri benshi ba Kaminuza

Impanuka ya Bisi yari itwaye abanyeshuri biga muri Kaminuza yitiriwe Jumo Kenyatta, yaguyemo abanyeshuli 11 nyuma yo kugongana, n’ikamyo ubwo habaga ibisikana. Aba banyeshuri ba kaminuza ya Jumo Kenyatta bari berekeje mu mujyi wa Mombasa uri ku nkombe z’inyanja ubwo impanuka yabaga ku muhanda munini w’ i Maungu, ku birometero 360 uvuye ku murwa mukuru […]

Tanzania: Agahinda ni kose ku barundikazi b’impunzi bafite abagabo bafungiwe ahatazwi

Bamwe mu barundikazi bafite abagabo bafungiye mu nkambi ya Nduta na Nyarugusu bari gutabaza, nyuma y’uko baheruka abagabo babo bafungwa ariko bakimwa amakuru yabo kugeza ubwo banabwirwa guhunguka batarikumwe nabo. Aba babyeyi bavuga ko abagabo babo bagiye bafungwa mu bihe bitandukanye bazira amakosa bakoze ariko bagafungirwa mu makasho batazi yewe ngo banasaba kubasura ntibemererwe.Bavuga ko […]

Ni ibiki bikubiye mu butumwa Tshisekedi yoherereje Lourenà§o?

Perezida Joà£o Lourenà§o wa Angola ku wa Kabiri yakiriye Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Christophe Lutundula. Ibiro Ntaramakuru Angop by’Abanya-Angola na Perezidansi y’iki gihugu bombi batangaje ko Lutundula yari yashyiriye Lourenà§o ubutumwa bwa mugenzi we, Félix Antoine Tshisekedi. Kugeza ubu ibikubiye muri ubu butumwa ntabwo bizwi, gusa Angop yavuze ko bwaba […]

Nyabihu:Batatu mu bacyekwaho kwica mudugudu bakanamuca igitsina batawe muri yombi

Mu Karere ka Nyabihu Akagali ka Nyarutembe, Umurenge wa Rugera Akagali ka Jali, haravugwa inkuru ya Mudugudu wishwe akaswe igitsina, Batatu bacyekwaho ubwo bugizi bwa nabi batabwa muri yombi. Ni amakuru yamenyekanye ku munsi w’ejo kuwa Kabiri taliki 19 Werurwe 2024, aho uwari umuyobozi w’umudugudu witwa Mugabarigira Eric yishwe n’abantu bataramenyekana. Icyakora abantu batatu bacyekwaho […]

Sudan:Abagore barokotse ubwicanyi barembejwe no gufatwa ku ngufu

Muri Sudani ibintu bikomeje kuba bibi nyuma y’uko ubwicanyi bukomeje gukaza umurego , ubu noneho ikivugwa n’ifatwa ku ngufu ririmo kwiyongera umunsi ku munsi. Abacitse ku icumu ry’intambara bahungiye mu bihugu by’ibituranyi baganiriye na BBC, bavuga ko Abasivili bafatiwe mu ntambara b’igitsinagore ko uretse kuba iyo bafashwe bicwa, banafatwa ku ngufu batitaye ku byiciro by’ubukure. […]

Ukraine iri gutsindwa intambara, nta mbaraga igifite zo guhangana n’u Burusiya: Gen. Rajmund Andrzejczak

Gen Rajmund Andrzejczak wahoze ari Umugaba Mukuru w’Ingabo za Pologne, yatangaje ko Ukraine iri gutsindwa intambara ihanganyemo n’u Burusiya ndetse ko nta bushobozi igifite bwo gukomeza guhangana na bwo. Gen Andrzejczak yabitangarije mu kiganiro yagiranye na Televiziyo ya Polsat, aho yavuze ko ibiri kuba kuri Ukraine muri iriya ntambara “biteye ubwoba cyane” mbere yo gushimangira […]

Apôtre Yongwe yahanishijwe igifungo gisubitse

Umuvugabutumwa Apotre Yongwe yahamijwe Icyaha cyo kwihesha ikintu cy’undi ahanishwa igifungo cy’umwaka usubitse. Kuri uyu wa Kabiri taliki 19 Werurwe 2024, Urukiko rw’Ibanze rwa Gasabo nirwo rwategetse ko Harelimana Joseph uzwi nka Apôtre Yongwe ahamwa n’icyaha cyo kwihesha ikintu cy’undi hakoreshejwe uburiganya. Rwanzuye ko ahanishwa igihano cy’igifungo gisubitse cy’umwaka umwe n’ihazabu y’amafaranga ibihumbi 750 Frw. […]

Minisitiri Gasana yakiriye komiseri w’Urwego rw’igororero muri Botswana

capturelk.jpg

Minisitiri w’Umutekano, Gasana Alfred yakiriye Komiseri Mukuru w’Urwego rw’Amagereza muri Botswana, Anthony Manjubu Mokento, baganira ku bufatanye n’ubutwererane mu bijyanye no kugorora abantu bafunzwe. Manjubu Mokento n’itsinda bari kumwe bari mu ruzinduko rw’iminsi itanu i Kigali aho bazakora ibikorwa birimo gusura Amagororero bakareba serivisi zihatangirwa n’ibindi.

Sobanukirwa n’akamaro k’igifenesi mu mubiri w’umuntu n’uburyo gishobora gusimbura inyama

Kurya igifenesi bituma umubiri ukora neza bikawongerera ubudahangarwa. kuko cyifitemo ubutare butandukanye nka ‘potassium’, ‘magnésium’, ndetse na ‘fer’ ifasha umuntu ikamurinda kuba yagira ikibazo cyo kubura amaraso. Kuba igifenesi cyifitemo ubutare butandukanye nka ‘ manganèse’, ‘magnésium’, ‘fer’, ‘potassium’, na ‘calcium’ bifasha utunyangingo ‘cellules’tw’umubiri tugenzura imikorere y’umutima gukora neza. Ikindi kandi ‘calcium’ ifasha umuntu wakomeretse kutava […]

FARDC yahigiye kwigarurira agace ka Rwindi yifashishije abayobozi bavuye i Kinshasa

Ingabo z’igihugu cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo (FARDC) ziratangaza,ko bidatinze, umujyi wa Rwindi hamwe n’ibindi bice biwugaragiye byo muri Rutshuru, mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru zigiye kuwigarurira. Aya makuru yatangarijwe abaturage binyuze muri Operasiyo yiswe Sokola yakorewe mu gace ka Kanyabayonga mu Majyaruguru ya Kivu, kuri uyu wa mbere taliki 18 Werurwe 2024. Umuvugizi […]

Ingabo za Uganda ziryamiye amajanja

Inzego z’umutekano za Uganda ziryamiye amajanja, nyuma yo kwakira amakuru y’uko hari abarwanyi bo mu mutwe wa ADF bashobora kuba barinjiye ku butaka bw’iki gihugu mu mpera z’icyumweru gishize. Uyu mutwe usanzwe ufite ibirindiro mu mashyamba ya Congo umaze igihe winjira muri Uganda ukagaba ibitero mu duce duhuriramo abantu benshi nko mu mijyi, mu nsengero […]

Muri Haiti bikomeje kuba bibi cyane

Amakuru aturuka mu gihugu cya Haiti, aremeza ko umwuka atari mwiza, nyuma y’aho agatsiko k’amabandi bigabije imijyi itandukanye irimo n’umurwa mukuru kagateza akaduruvayo.Muri ako kavuyo n’imivundo, hari abaturage bakomeje kubigenderamo bakahatakariza ubuzima. Ibinyamakuru bitandukanye bivuga ko ejo ku wa mbere ku muhanda werekeza mu nkengero z’umurwa mukuru wa Haiti, hatoraguwe imirambo irenga 10.Ababibonye babwiye ibiro […]

Ndayishimiye, na Traoré mu bishimiye intsinzi ya Putin naho Amerika irayamagana

Perezida w’Uburundi Ndayishimiye Evaliste na mugenzi we Ibrahim Traoré, bari mu bakuru b’ibihugu bishimiye Intsinzi ya Perezida Putun, naho ibihugu nka Amerika, Ubwongereza na Ukraine bamagana Intsinzi ye. Igishingirwaho ibi bihugu byo mu Burengerazuba bw’Isi bamagana iyi Ntsinzi, biravuga ko amatora yabaye mu Burusiya nta demokarasi cyangwa ubwisanzure byari biyarimo.Ni mu gihe abamushyigikiye bo mu […]

Kera kabaye umunyamakuru Bujakera agiye kuva mu nzu y’imbohe

Umunyamakuru Stanis Bujakera Tshiamala arafungurwa kuri uyu wa Kabiri, nyuma y’amezi arenga atandatu yari amaze afunzwe. Bujakera mbere yo gutabwa muri yombi yari umuyobozi wungirije w’ikinyamakuru ACTUALITE.CD ndetse akanaba umwanditsi w’ibitangazamakuru bya Jeune Afrique na Reuters. Ku wa Mbere tariki ya 18 Werurwe ni bwo Urukiko rw’i Kinshasa rwamukatiye amezi atandatu y’igifungo, mu gihe yari […]

MINISANTE yagaragaje uko Jenoside yasize icyuho kinini mu Rwego rw’Ubuzima

Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, yasize icyuho gikomeye mu rwego rw’ubuvuzi. Dr Sabin Nsanzimana , Minisitiri w’iyi Minisiteri, avuga ko nyuma ya Jenoside urwego rw’Ubuvuzi rwasigaranye icyuho , kugeza ubwo nyuma yayo gato rwasigaranye 20% ugereranyije n’abarukoragamo mbere. Yabitangarije mu nama mpuzamahanga y’Umuryango MSH, irikubera mu Rwanda Kuri uyu wa Mbere […]

Israel irashinjwa kugaba igitero simusiga ku bitaro bikomeye muri Gaza

Ingabo za Israel zagabye igitero ku bitaro al-Shifa muri Gaza, hakoreshejwe imodoka z’ibifaru ndetse n’imbunda zikomakomeye. Umuvugizi w’igisirikare cya Israel, yemeza ko IDF (igisirikare cya Israel) yagabye icyo gitero gikomeye. IDF ivuga ko abategetsi bakuru b’uyu mutwe w’iterabwoba Hamas, bari bakoreye amateraniro muri ibyo bitaro mu rwego rwo gutegura uko bagaba ibitero kuri Israel ariko […]

Al Hilal yemerewe gukina muri shampiyona ya Tanzania

Ishyirahamwe ry’Umupira w’amaguru muri Tanzania (TFF), ryemeje ko ikipe ya Al Hilal Omurman yo muri Sudani izakina muri shampiyona y’icyiciro cya mbere muri Tanzania mu mwaka utaha w’imikino. Iyi kipe yemerewe gukina shampiyona ya Tanzania nyuma y’igihe kigera ku mwaka muri Sudani hatangiye intambara yatumye ibikorwa bya siporo muri iki gihugu bihagarara. Umuyobozi ushinzwe itumanaho […]

Umunsi Perezida Ndayishimiye akubitwa iz’akabwana ashinjwa kuba umwicanyi

Perezida Evariste Ndayishimiye yatangaje ko yigeze gukubitwa inkoni zikamusema akekwaho ubwicanyi, agaragaza ibiboko nk’umuti mwiza ubereye abayobozi bo mu Burundi badakora neza uko bikwiye. Ndayishimiye yabitangaje ku wa 7 Werurwe, ubwo yari mu ntara ya Bujumbura aho yaganiriraga n’abakuriye inzego z’ubuyobozi ndetse n’iz’umutekano. Ni ikiganiro cyibanze ku bibazo byugarije umujyi wa Bujumbura, by’umwihariko ikibazo cy’umwanda […]

Nigeria:Abasirikare 16 bishwe bahagurukije Perezida Tinubu

Perezida Bola Tinubu yategetse ingabo za Nijeriya gushakisha abagize uruhare mu iyicwa ry’abasirikare 16 bari mu butumwa bwo kubungabunga amahoro mu gace ka Delta mu Majyepfo ya Nijeriya. Aba basirikare boherejwe gukumira imirwano hagati y’abaturage ba Okuama na Okoloba, biturutse ku makimbirane ashingiye ku butaka n’uburenganzira bwo gucukura peteroli. Perezida Tinubu yagize ati: “Abagizi ba […]

RDC yigaragambije kuri OIF iyihora u Rwanda

Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yamenyesheje Umuryango Mpuzamahanga Uhuriwemo n’Ibihugu bikoresha ururimi rw’Igifaransa (OIF) ko itazakora ibirori byo kwizihiza umunsi mukuru wawuhariwe, kubera “ibibazo igihugu kirimo byerekeye amakimbirane yo mu burasirazuba arimo u Rwanda”. OIF isanzwe iyoborwa n’Umunyarwandakazi Louise Mushikiwabo. Intumwa ya RDC muri uyu muryango, Mabiala Ma-umba, yavuze ko kuri ubu igihugu cye nta […]

Umuceri uherutse gufatwa utujuje ubuziranenge uzasubizwa aho wavanywe cyangwa wangizwe

Abacuruzi baherutse kwinjiza mu Rwanda umuceri utujuje ubuziranenge , bashobora gucibwa miliyoni zigera uri miliyoni 12 frw hanyuma umuceri wo usubizwe iyo wavanywe cyangwa wangizwe. Byatangajwe na Komiseri ushinzwe Gasutamo mu Kigo cy’Igihugu cy’Imisoro n’Amahoro, RRA, Mwumvaneza Félicien. Kuri uyu wa Mbere, tariki ya 18 Werurwe 2024, ubwo yari mu kiganiro Waramutse Rwanda cyibanze ku […]

M23 irashinja MONUSCO gutiza ibirindiro byayo FARDC ikarasa mu baturage

Umutwe w’Abarwanyi ba M23, urashinja ingabo za MONUSCO gutiza ibirindiro byazo ihuriro rya FARDC rikabikoresha rirasa mu baturage. M23 yabigaragaje mu itangazo yashyize hanze yamagana ibyo izi ngabo zakoze kuko ngo bitandukanye n’amahame azigenga. Iri tangazo Kandi rigaragaza ko FARDC, ikomeje gufatanya n’imitwe y’itwaje imbunda irimo FDLR, Wazalendo ndetse n’Ingabo z’u Burundi na SADC kugaba […]

EU igiye guha RDF indi nkunga

Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi urateganya guha ingabo z’u Rwanda indi nkunga y’amafaranga, mu rwego rwo gushyigikira ibikorwa zimaze igihe zikorera mu ntara ya Cabo Delgado ibarizwa mu mayaruguru ya Mozambique. Ikinyamakuru Le Soir cyandikirwa mu Bubiligi cyatangaje ko inkunga ya $ miliyoni 20 (Frw miliyari 25) ari yo EU iteganya guha RDF. Aya mafaranga yiyongera […]

Putini yatsinze amatora ku majwi hafi 90%

Kuri uyu wa Mbere nibwo byatangajwe ko Vladimir Putin yatsinze amatora y’Uburusiya ku bwiganze bw’amajwi hafi 90%. Ibyavuye mu matora bigaragaza ko Putin yayatsinze ku majwi arenga 87%, Putin yavuze ko demokarasi y’Uburusiya ikorera mu mucyo kurusha ibihugu byinshi byo mu burengerazuba bw’isi. Ni mu gihe nta mukandida wa nyawe utavuga rumwe n’ubutegetsi wemerewe kwiyamamaza. […]

Zabyaye amahari hagati ya RDC na Donald Trump

Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yikomye Donald Trump wahoze ari Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, nyuma yo kuyishinja kurekura imfungwa hafi ya zose zo mu magereza yayo ikazohereza muri Amerika. Trump wiyamamariza kuyobora Amerika muri manda ye ya kabiri, yifashishije imfungwa zo muri Congo nk’urugero rwo kugaragaza ko Perezida Joe Biden bazongera guhatana […]

Abanyeshuri bakoze Robot banyuze Perezida Kagame abagenera impano

Abanyeshuri bageze ku cyiciro cya nyuma cy’irushanwa mu gukoresha ubwenge buhangano (Al) no guhanga robots , bahawe impano na Perezida Paul Kagame w’u Rwanda kuri buri munyeshuri wageze kuri icyo cyiciro. Umukuru w’Igihugu na Madamu Jeannette Kagame bitabiriye isozwa ry’icyiciro cya nyuma cy’amarushanwa mpuzamahanga ahuriza hamwe ibigo bitandukanye aho byibanda ku gukora umushinga w’ikoranabuhanga wifashisha […]

RDC yareze u Rwanda mu rukiko

Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yareze u Rwanda mu rukiko rw’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EACJ), irushinja gutanga ubufasha mu kuyishozaho intambara ndetse no kuvogera ubusugire bw’ubutaka bwayo. The East African dukesha iyi nkuru yatangaje ko mu ntangiriro z’uyu mwaka ari bwo Kinshasa yashyikirije ikirego cyayo EACJ. Muri icyo kirego RDC ivuga ko “mu myaka irenga […]

Rwamagana:Ikirombe cyagwiriye abagera kuri batandatu batatu muri bo barapfa

Mu karere ka Rwamagana mu Ntara y’Iburasirazuba, abantu bagera kuri batandatu bagwiriwe n’ikirombe maze batatu muri bo babura ubuzima. Aba bagwiriwe n’ikirombe barimo bacukura amabuye y’agaciro yo mu bwoko bwa gasegereti.Iyi mpanuka yabaye kuri uyu wa Gatandatu taliki 16 Werurwe 2024 ahagana mu masaha ya mugitondo. Umuyobozi w’aka karere yabwiye umunyamakuru iki kirombe cyagwiriye abantu […]

Pasiteri yafunzwe nyuma yo gutwara abarenga 250 mu shyamba ngo bategererezeyo Yesu

Umuyobozi w’agatsiko kiyise Apostlic batavugwaho rumwe, Ishmael Chokurongerwa w’imyaka 56, yongeye gufungwa by’agateganyo nyuma y’uko ashyize mu buyobe abaturage barimo abana barenga 250 ababwira ko bagiye gutegereza Yesu. Uyu mupasiteri yitabye umucamanza wa Norton ku wa kane.Afunganwa na bamwe mu bayobozi barindwi bo mu idini rye. Amakuru atangazwa n’ibinyamakuru byo muri Zimbabwe ari naho ibi […]

RDC:Ibihugu bitandatu by’ibihanganjye ku mugabane w’iburayi byahagurukiye dosiye ya Bujakera

Ambasade z’Ibihugu 6 bikomeye ku mugabane w’i Burayi byahagurukiye dosiye y’umunyamakuru Stanislas Bujakera umaze amezi hafi ane afunzwe. Ambasade zirimo iya Canada, Ububiligi, Ubufaransa , Ubudage,Norvege n’Ubuhorandi zikorera muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, zihurije kuri Dosiye ya Bujakera mu cyiswe Media Freedom zisaba Leta y’ikinshasa ko ubutabera bwakwihutisha urubanza rwe. Bavuga ko urubanza rwe […]

M23 irigamba gukubita FARDC n’abambari bayo bagata intwaro

Umutwe wa M23 watangaje ko ingabo zawo zirwanyeho ubwo zagabwagaho ibitero n’ihuriro ry’ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bikarangira umwanzi ahunze ndetse akanata intwaro. Imirwano hagati y’impande zombi yaramukiye mu bice bikikije umujyi wa Sake wo muri Teritwari ya Masisi, uruhande rw’inyeshyamba rugashinja ingabo za Leta kuba ari zo zaruteye. Umuvugizi wa […]

Perezidante wa njyanama ya Rusizi waherukaga gushinja Meya ibyaha bikomeye yeguye

Uwumukiza Béatrice wari umuyobozi w’inama njyanama y’akarere ka Rusizi, yeguye ku mirimo ye mbere y’uko ubwegure bwe bwemezwa na njyanama yari ayoboye kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 16 Werurwe 2024. Tariki 14 Werurwe 2024 ni bwo Uwumukiza yandikiye Inama Njyanama y’aka Karere ayimenyesha ko yeguye ku buyobozi, ariko nta mpamvu y’ubwegure bwe yatanze. @Uwa_Beatrice […]

Uganda mu bihugu bya Mbere bicumbikiye impunzi nyinshi muri Afurika

Igihugu cya Uganda cyashyizwe mu bihugu bya mbere byo muri Afurika bifite inkambi nini aho kugeza ubu gicumbikiye miliyoni 1.6. Abenshi mu bihganje bakaba bakomoka mu gihugu cya Sudan na DR Congo. Impunzi nyinshi zikambitse muri iki gihugu zikomoka mu bihugu by’abaturanyi birimo Sudani y’Epfo na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo, bitewe n’imirwano yamaze kuhashinga […]

Gukena biva ku kuntu umuntu yakoresheje umwanya we: Bruce Melodie abwira The Ben

Umuhanzi Itahiwacu Bruce uzwi mu muziki nka Bruce Melodie, yongeye kwibasira Mugisha Bénjamin ‘The Ben’ amugaragaza nk’umunebwe ku bwo kurutisha akazi imikino. Mu Cyumweru gishize The Ben yabwiye abanyamakuru ko muri 2017 Bruce Melodie yagiye kumureba ngo bakorane indirimbo, gusa ntibyakunda ko bayikorana kubera ko yasanze uyu muhanzi uheruka gushyira hanze indirimbo yise ‘Ni Forever’ […]

Sake: Rwongeye kwambikana hagati ya M23 na FARDC

Imirwano hagati y’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’inyeshyamba za M23 yongeye kubura mu mujyi wa Sake, nyuma y’iminsi mike y’agahenge. Umuvugizi wa M23 mu bya Politiki, Lawrence Kanyuka, yatangaje ko imirwano muri uyu mujyi uherereye muri Teritwari ya Masisi yatangiye mu rucyerera rwo kuri uyu wa Gatandatu. Ati: “Ingabbo z’ihuriro ry’ubutgetsi bwa Kinshasa […]

Banki y’Ishoramari y’Uburayi igiye kurushaho gufatanya n’u Rwanda mu bukungu

U Rwanda na Banki y’ishoramari y’Uburayi (EIB), bemeranije kwihutisha ubufatanye mu iterambere mu nzego zitandukanye zirimo iz’ubukungu. Byagarutsweho mu biganiro byahuje Misitiri w’Intebe, Dr Edouard Ngirente na Bwana Thomas à–stros, Umuyobozi wungirije wa Banki y’Ishoramari y’Uburayi (EIB), Kuri uyu wa Gatanu tariki 15 Werurwe mu 2024. Byitabiriwe kandi na Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi w’u Rwanda, Dr […]

Kwa Tshisekedi bagiye kujya bicira ku karubanda abasirikare bashinjwa gukorana na M23 n’u Rwanda

Perezida Felix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yasubijeho igihano cy’urupfu, nyuma y’imyaka myinshi cyarahagaritswe by’agateganyo. Mu busanzwe iki gihano cyabaga mu mategeko ahana ibyaha muri RDC, gusa abagihabwaga nyuma yo guhamywa ibyaha bitandukanye bafuungwaga burundu aho kwicwa. Igihano cy’urupfu cyari kimaze imyaka 21 kidashyirwa mu bikorwa muri Congo, cyasubijweho ahanini mu rwego […]

RDC: Ubwato bwari butwaye imiti i Minova bwarasiwe mu Kivu

Ibisasu biremereye byatewe ku bwato bwari butwaye imiti bwerekeza muri Minova mu Ntara ya kivu y’Amajyepfo.Ni amakuru yamenyekanye kuri uyu wa Gatanu , ubwo ubu bwato bwari buvuye mu Mujyi wa Goma. Amakuru avuga ko ibi bisasu byatewe biturutse mu misozi ya Ndumba muri teritwari ya Masisi.Ni ubwato bivugwa ko ari ubwa kompanyi yitwa Baraka […]

Ndayishimiye yakoze impinduka mu gisirikare

Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yakoze impinduka mu gisirikare zasize ahinduriwe imirimo abarimo Gén. de brigade à‰lie Ndizigiye byasaga n’aho akuriye ingabo z’u Burundi ziri mu ntara ya Kivu y’Amajyaruuguru. Iteka rya Perezida Ndayishimiye ryo ku wa Kane tariki ya 14 Werurwe ryerekana ko Gen. Ndizigiye bakuunze kwita Muzinga yagizwe Umuyobozi wa Diviziyo ya mbere […]

Imikorere y’ubwenge buhangano igiye kujya icungirwa hafi na EU

Mu ntangiro z’iki Cyumweru,nibwo umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi nibwo wicaye utora itegeko rigamije gucunga imikoreshereze y’Ubwenge bw’Ubukorano(Artificial Intelligent).Impamvu ishingirwaho n’ukurebera hamwe uko ikoreshwa ry’ubu bwenge buhangano butazarengera. Ni ryo tegeko rya mbere ku isi rijyanye muri uyu murongo ritowe mu gihe ikoranabuhanga ry’ubwenge bw’ubukorano rikomeje gutera imbere. Abanyaburayi basabwe ko bakwizera iryo koranabuhanga ariko kandi […]

RDC:Urwego rw’Iperereza rwa Gisirikare rwahamagaje mushiki wa Joseph Kabila

Mushiki wa Joseph Kabila, Jaynet Désirée Kabila Kyungu,akaba n’umukobwa wa nyakwigendera Laurent-Désiré Kabila wabaye Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yahamagajwe n’Urwego rwa Gisirikare rushinzwe Iperereza (DEMIAP). Mu ibaruwa yohererejwe n’uwungirije umukuru w’uru rwego, Mjr .Gen Ndaywel Okula Christian , yategetswe ko agomba kwitaba bitarenze kuri uyu wa kane. Ibaruwa igira iti”Ku mpamvu z’amakuru […]

MINADEF igiye gushaka uko abageni ‘Ofisiye’ bazajya bambarirwa na bagenzi babo

Minisiteri y’Ingabo ‘MINADEF’ yatangaje ko igiye gushaka igisubizo cy’uburyo abageni b’abasirikare bari mu rwego rwa Ofisiye nabo bazajya bambarirwa na bagenzi babo mu gihe bakoze ubukwe nk’uko ab’abagabo babikorerwa iyo barongoye. Byatangajwe na Minisitiri w’Ingabo Bri.Gen Juvenal Marizamunda, ku kibazo Depite Hindura Jean Pierre yari amubajije ejo hashize ku wa kane taliki 14 Werurwe 2024 […]

Menya impamvu RDF itagira icyiciro cy’ingabo zirwanira mu mazi

Minisitiri w’Ingabo, Juvenal Marizamunda, yasobanuye ko ingabo z’u Rwanda zibarizwa mu mutwe w’izirwanira mu mazi nta cyiciro cyihariye zifite kubera ko u Rwanda nta nyanja zarwaniramo rugira. Yabitangaje ubwo kuri uyu wa Kane yasobanuriraga Inteko Rusange y’Umutwe w’Abadepite umushinga w’Itegeko rigenga Ingabo z’u Rwanda mbere yo kwemeza ishingiro ryawo. Uyu mushinga ukubiyemo zimwe mu mpinduka […]

Uwahoze ari Perezida wa Afurika y’Epfo ategerejwe mu Rwanda

Thabo Mbeki wahoze ari Perezida wa Afurika y’Epfo, yemeje ko azitabira umuhango wo kwibuka ku ncuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 uteganyijwe mu kwezi gutaha. Uyu mukambwe yemeje aya makuru ubwo ku wa Gatatu w’iki cyumweru yaganiraga n’igitangazamakuru cya Leta ya Afurika y’Epfo (SABC). Ku bwa Mbeki, kwibuka ni ikimenyetso ndetse n’isomo ku […]

Russia: Umutekano wakajijwe ku munsi w’amatora

Mu gihe mu gihugu cy’Uburusiya hateganyijwe amatora, kuri uyu wa Gatanu taliki ya 15 Werurwe 2024 iki gihugu cyakajije umutekano hirindwa ko Ukraine yagica mu rihumye ikagaba ibitero. Ni amatora azamara iminsi itatu hatorwa Perezida bivugwa ko azongerera Vladimir Putin manda y’imyaka itatu. Ni nyuma y’uko abatavuga rumwe n’ubutegetsi, barwanya Putin, bahamagariye imyigaragambyo iteganyijwe ku […]

Amagambo Perezida Kagame yabwiye Tshisekedi ubwo FARDC yarasaga mu Kinigi

Perezida Paul Kagame yatangaje ko ubwo Ingabo za Congo zarasaga ibisasu mu Kinigi ho mu karere ka Musanze yihanangirije mugenzi Félix Antoine Tshisekedi, gusa bikarangira RDC yanze guhagarika ubushotoranyi bwayo ku Rwanda. Umukuru w’Igihugu yabigarutseho mu kiganiro cyihariye aheruka kugirana n’umunyamakuru James Smart ukorera Televiziyo ya NTV yo muri Kenya. Perezida Kagame yakomeje ku bisasu […]