Donald Trump bivugwa ko yakize arigamba kugira ubudahangarwa kuri Covid-19

Umuganga wa White House yavuze ko Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump atakiri mu byago byo kwanduza abandi icyorezo cya Covid-19, mu gihe uyu yigamba kugira ubudahangarwa kuri iki cyorezo. Hari impungenge z’uko ashobora kuba yakwanduza nyuma yo kumara iminsi itatu mu bitaro. Icyakora, itangazo ry’umuganga wa White House, Dr Sean Conley, […]

Uganda: Igipolisi cyataye muri yombi abantu basanzwe mu kirori cyo guhuza ibitsina

f12e8e44-2fd4-45aa-bcfa-6c4e18b5cdf2.jpg

Igipolisi cya Uganda muri Kampala cyataye muri yombi abantu 21 basanzwe mu kirori cyo guhuza ibitsina (Sex Party)cyaberaga mu nzu y’umuntu ahitwa Kireka, mu Karere ka Wakiso. Umuvugizi w’Igipolisi muri Kampala, Patrick Onyango yagize ati: “Ubutasi bwakiriye amakuru kuri iki kirori uhashyira abantu batanga amakuru bo kugenzura no kumenyesha polisi igihe ikirori gitangirira,” Yakomeje agira […]

Icyo wamenya ku gitabo “Codex Gigas”, gipima ibiro 75, abandi bita Bibiliya ya Sekibi

div_front.jpg

Codex Gigas (ikomoka mu ijambo ry’Ikigereki Gigas risobanura “ikintu kinini”) ni igitabo na none kizwi nka Bibiliya ya selibi, cyandikishijwe intoki mu kinyejana cya 13 cyanditswe n’umupadiri ubarizwa mu muryango wa Benedigito wo mu kigo cy’abihaye Imana cya PodlaĆŸice muri Bohemia, ubu kikaba kiri mu bubiko bw’ibitabo bw’igihugu muri Suede. Nicyo gitabo kinini ku Isi […]

Koreya ya Ruguru yahishuye igisasu gishya cya rutura kiruta ibindi yerekanye

370d94e0da1718f1cc657fb309557d85.jpg

Kuri uyu wa Gatandatu igihugu cya Koreya ya Ruguru cyerekanye ikindi gisasu cya kirimbuzi gishya cyambukiranya imigabane (ICBM) n’izindi ntwaro nshya mu karasisi kakoranywe ubuhanga bukomeye. Televiziyo Nkuru ya Koreya yashyize ahagaragara amashusho agaragaza misile nshya, itarigeze igaragazwa mbere yo mu bwoko bwa misile zambukiranya imigabane (intercontinental ballistic missile ) mu birori bya gisirikare byabanjirije […]

Abagera ku 1300 bahombejwe na Covid-19 mu turere 3 bagiye guhabwa ikindi gishoro

Abacuruzi bato 1300 bo mu mirenge imwe n’imwe yo mu Turere twa Nyamagabe, Nyaruguru na Nyamasheke bahombejwe na Gumamurugo kubera indwara ya Coronavirus, bagiye guhabwa igishoro giciriritse ngo bongere bakore. Abo 1300 bagiye kuremerwa ni abacuruzi bari basanzwe bacuruza amafaranga atari menshi, byatumye hatekerezwa ko ibihumbi 50 byabafasha kongera gutangira, banahabwa inyigisho zizabafasha kugera kure […]

Meya wa Goma yasabwe ibisobanuro ku gahenge yasabye abagizi ba nabi mu gihe Tshisekedi yari ahari

Nyuma y’ibyo yatangarije mu itangazamakuru bitavuzweho rumwe, ku wa Gatatu itariki ya 07 Ukwakira, asaba abagizi ba nabi gutanga agahenge mu gihe Umukuru w’igihugu yari akiri i Goma, Umuyobozi w’uyu mujyi, Muissa Nkesse TimothĂ©e, arahamagarirwa kwisobanura ku nzego zimukuriye. Guverineri w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru, Carly Nzanzu Kasivita (Ku ifoto), kuri uyu wa Gatanu ushize akaba […]

PAC yihanangirije abayobozi bakuru ba BDF

Komisiyo y’Abadepite ishinzwe kugenzura imikoreshereze n’umutungo wa Leta PAC yaburiye abayobozi bakuru b’Ikigega cy’ingwate gishinzwe guteza imbere imishinga mito n’iciriritse (BDF) kubera kunanirwa kuzuza inshingano zo guteza imbere ibigo bito mu Rwanda. Usibye kunanirwa gucunga neza umutungo wa Leta cyari gishinzwe gushora mu gufasha imishinga iciriritse, PAC igaragaza ko BDFyananiwe no kugaruza amafaranga menshi yari […]

RDC: Minisitiri Ruberwa arasabwa kwegura azira gushaka gushinga Komini Minembwe

Umuryango w’abaturage uharanira uburenganzira bwa muntu, uzwi nka Filimbi, urasaba kwegura minisitiri ushinzwe kwegereza abaturage ubuyobozi no kuvugurura inzego, Azarias Rubebwa, wagize uruhare mu gikorwa, cyasheshwe na Perezida Felix Tshisekedi, cyo gushyiraho komini ya Minembwe mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, . Mu itangazo rigenewe abanyamakuru ryasohowe kuri uyu wa Gatanu, itariki ya 09 Ukwakira 2020 […]

Libya: Umuhungu wa Gen Haftar arashinjwa gusahura Banki Nkuru ya Benghazi akayabo k’amafaranga

Umugabo n’umugore b’Abafaransa batawe muri yombi mu ntangiriro z’Ukwakira i Limoges bafite amayero 20.000 y’inoti zavuye mu bubiko bwasahuwe muri Banki Nkuru ya Benghazi muri Libya mu mpera z’umwaka wa 2017. Icyo gihe, mu mujyi rwagati aho iyi banki yari iherereye, hari hamaze kwigarurirwa n’abarwanyi ba Gen. Khalifa Haftar bahambuye intagondwa z’Abayisilamu. Amakuru yizewe yemejwe […]

Burundi: Hon Banciryanino yaraye muri gereza nyuma yo kumuhamya ibyaha birimo kwigomeka

img-20201008-wa0072-860x280.jpg

Amakuru aturuka mu gihugu cy’u Burundi aravuga ko ku mugoroba wo kuri uyu wa kane, itariki 08 Ukwakira, Ubushinjacyaha bwa Ntahangwa bwafashe icyemezo cyo kohereza muri gereza itaramenyekana Depite Fabien Banciryanino nyuma y’amasaha menshi ahatwa ibibazo. Iyi nkuru dukesha SOS Medias Burundi iravuga ko Ho. Banciryanino yumviswe n’umucamanza w’Urukiko Rwisumbuye n’Ubushinjacyaha bya Ntahangwa, mu Mujyi […]

Uwari umuyobozi wa ISO, Col Kaka Bagyenda yirukanwe ku mirimo ye

emmy-katabazi-the-new-appointment-as-the-deputy-director-iso.-500x500.jpg

Perezida Museveni yirukanye ku mirimo ye uwari umuyobozi w’Urwego rushinzwe Umutekano w’Imbere mu gihugu (ISO) Col. Frank ‘Kaka’ Bagyenda kubera ibyaha byagiye bikorwa n’abakozi b’uru rwego arebera. Amakuru avuga ko Col Bagyenda yasimbujwe Charles Oluka , wari ushinzwe tekiniki n’ibikorwa, wungirijwe na Emma Katabaazi, wigeze kuba ashinzwe itangazamakuru muri uru rwego. Amakuru yashyizwe ahagaragara yavuye […]

RDC: Byarangiye Perezida Tshisekedi ahagaritse ishyirwaho rya Komine Minembwe

Perezida wa Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, kuri uyu wa Kane yahagaritse icyemezo giherutse gushyiraho Komini ya Minembwe, muri Kivu y’Amajyepfo. “Kuri njye, agakiza k’abaturage ni itegeko ry’ikirenga. Sinshobora gusiga ubwoko bwanjye mu kaga. Nahisemo guhagarika ibyakorewe kugeza ubu Minembwe, “ibi bikaba byavuzwe na Perezida wa Repubulika, Felix Tshisekedi, mu kiganiro n’abanyamakuru yatanze […]

40% by’umusaruro w’ibiribwa bipfa ubusa, 19% by’Abanyarwanda badafite ibyo kurya bihagije – Banki y’Isi

Raporo ya Banki y’isi ivuga ko u Rwanda rutakaza kandi rugasesagura 40% by’umusaruro rusange w’ibiribwa buri mwaka, mu gihe 19% by’abaturage badafite ibyo kurya bihagije. Raporo ya “Food Smart Country Diagnostic” yashyizwe ahagaragara mu cyumweru gishize yahisemo ibihingwa bitatu bikoreshwa cyane mu gihugu. Ni inyanya, umuceri n’ibigori. Igihombo no kwangirika bivugwa ko bibera ahantu hatandukanye […]

Burundi: Bafite ubwoba bwo kugirirwa nabi n’ingabo zibashinja gucumbikira inyeshyamba

Ubwoba ni bwose mu baturage bo ku musozi wa Kazeba muri Zone na Komini Gitanga mu Ntara ya Rutana nyuma y’urujya n’uruza rw’abasirikare ba leta (FDN)bitwaje intwaro ziremereye bamaze iminsi bagaragara muri kano gace, aho bivugwa ko babangamiye abaturage bamwe, babashinja gucumbikira inyeshyamba. Abaturage bo kuri uyu musozi wa Kazeba bavuga ko babonye mu minsi […]

Brazzaville: Bamwe barambiwe ikibumbano cy’umukoloni witiriwe umujyi wabo

maxresdefault-9.jpg

Abanyekongo b’i Brazaville bagaragaje kurambirwa kwabo ubwo hizihizwaga isabukuru y’imyaka 140 uyu mujyi umaze, aho bongeye gushyira akitso ku mukoloni w’Umufaransa wawitiriwe. Uyu munsi wizihijwe ku itariki 03 Ukwakira waranzwe n’ibirori bitandukanye, izina ry’umuvumbuzi w’Umufaransa, Savorgnan De Brazza ryongera guhabwa icyubahiro nk’uko bisanzwe, ariko ngo hashize iminsi bamwe mu Banyekongo bagaragaza ko igihugu cyahaye agaciro […]

Umunyamahanga ufite ubuhanga azajya ahabwa ubwenegihugu bitamugoye

Inteko Ishinga Amategeko irimo gusuzuma umushinga w’itegeko rihindura itegeko rigenga ibijyanye n’ubwenegihugu rizashyiraho impinduka nyinshi ku itegeko ryemejwe mu 2008. Mu mushinga w’itegeko, umuntu uwo ari we wese n’aho ari hose ashobora gusaba ubwenegihugu bw’u Rwanda mu gihe afite impano idasanzwe cyangwa ubuhanga mu kintu runaka. Guverinoma izajya ihita iguha ibyangombwa mu gihe imaze kumenya […]

Burundi: Hon. Banciryanino ushinjwa gushaka guhungabanya umutekano w’igihugu aritaba ubushinjacyaha

Kuri uyu wa Kane, itariki 08 Ukwakira Depite Fabien Banciryanino ukurikiranweho ibyaha birimo gushaka guhungabanya umutekano w’igihugu, ategerejwe imbere y’Ubushinjacyaha bwa Ntahangwa mu Mujyi wa Bujumbura, mu gihugu cy’u Burundi. Amakuru aturuka mu begereye dosiye ya Hon. Banciryanino bavuga ko yagombaga kugezwa imbere y’ubushinjacyaha kuwa kabiri, itariki 06 Ukwakira. Mu gitondo cyaho, nibwo yamenyeshejwe ko […]

CEDEAO ihangayikishijwe n’ibishobora kuba muri Cote d’Ivoire

Mu gihe habura igihe kitageze ku kwezi ngo habe amatora y’umukuru w’igihugu muri Cote d’Ivoire, intumwa z’Umuryango w’ubukungu w’Ibihugu bya Afurika y’Uburengerazuba, CEDEAO, Afurika Yunze Ubumwe n’iz’Umuryango w’Abibumbye zashoje urugendo zari zimazemo iminsi muri iki gihugu aho zari zagiye kureba uko umwuka umeze mbere y’amatora, aho zagaragaje impungenge z’ibishobora kuba muri iki gihugu. Izi ntumwa […]

IMF yongeye korohereza u Rwanda kwishyura inguzanyo ya miliyoni 16 z’Amadolari

U Rwanda rworoherejwe n’Ikigega Mpuzamahanga cy’Imari kwishyura umwenda wa miliyoni 16 z’Amadolari mu rwego rwo kugirango rubashe gukomeza guhangana n’icyorezo cya Covid-19. Iyi ni inshuro ya kabiri u Rwanda rworoherejwe kwishyura umwenda n’iki kigega. Mu kutubahiriza inshingano zo kwishyura umwenda mu gihe cy’amezi menshi, u Rwanda ruzaba rufite igishoro kinini cyo gushora imari mu nzego […]

Umunyazimbabwekazi yongeye gutorerwa guhagararira Afurika i Washington

jcqlnjttpagmarq-800x450-nopad.jpg

Umudipolomatekazi wo muri Zimbabwe, Hilda Suka-Mafudze, kuri uyu wa Gatatu yatorewe kuba Ambasaderi mushya wa Afurika Yunze Ubumwe muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika nk’uko byatangajwe n’Ibiro Ntaramakuru Nyafurika, APA. Ibiro Ntaramakuru Byigenga, NewsDay, biravuga ko Suka-Mafudze wari Ambasaderi wa Zimbabwe muri Malawi, asimbuye kuri uyu mwanya undi Munyazimbabwekazi, Arikana Chihombori-Quao wari uhagarariye Afurika i […]

Michelle Obama yongeye kwibasira Donald Trump

Michelle Obama, umufasha w’uwahoze ari Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Barack Obama, yongeye kwibasira Perezida w’iki gihugu kuri ubu, Donald Trump, avuga ko agira “ivanguramoko” kandi abiba “ubwoba n’urujijo” mu mitekerereze y’Abanyamerika. Ibi uwahoze ari umugore wa mbere muri Amerika yabitangaje mu gihe hasigaye ukwezi kumwe ngo habe amatora y’umukuru w’igihugu ateganijwe ku […]

Abataragezwaho ibikorwaremezo n’abatishoboye ntibakwiye kwishyura imisoro y’ubutaka – Min. Mujawamariya

Minisitiri w’Ibidukikije Dr Jeanne D’Arc Mujawamariya, yabwiye Inteko rusange y’Umutwe w’Abadepite ko igihe cyose abaturage bataragezwaho ibikorwa remezo byagenewe ahari imiturire cyangwa abaturage batishoboye bahawe amazu na Leta batagomba kwishyuzwa imisoro y’aho batuye. Iki ni kimwe mu bibazo byagarutsweho n’inama rusange y’abadepite ubwo minisitiri w’ibidukikije yari yitabye inteko kugirango ayisobanurire mu magambo ibibazo abadepite basanze […]

RDC: Ambasaderi wa Amerika yatunguwe n’impaka zatewe n’ishingwa rya Komini Minembwe

Ambasaderi wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika muri repubulika iharanira Demkarasi ya Congo yatunguwe no kubona ishingwa rya Komini ya Minembwe ryateje impaka z’urudaca muri iki gihugu. Ambasaderi Mike Hammer ati: “Sinarinzi ko hazaba kutavuga rumwe ku cyo minisitiri (Azarias Ruberwa) yakoze ashyiraho Burugumesitiri wa Minembwe muri Kivu y’Amajyepfo.” Uyu mudipolomate wari wibereye mu muhango […]

Amateka y’umuhanzikazi Miley Cyrus wakuriye mu muryango w’ibyamamare akubaka izina akiri muto

miley-cyrus-siblings-family-1556225517.png

Destiny Hope Cyrus uzwi nka Miley Cyrus yavutse ku itariki 23 Ugushyingo 1992, avukira i Franklin, muri Tennesse, kuri Leticia “Tish” Jean Finley n’umuririmbyi w’injyana ya Country Music, Billy Ray Cyrus. Ababyeyi be bashyingiranye nyuma y’umwaka umwe avutse. Cyrus yavukanye indwara ya tachycardia idasanzwe, indwara itera gutera kudasanzwe k’umutima nk’uko tubikesha amavomo atandukanye nka Wikipedia, […]

Uganda: Abadepite bateye utwatsi umushinga wo kubaka imihanda yo muri Congo batihereyeho

Komite ishinzwe ingengo y’imari mu Nteko Ishinga Amategeko ya Uganda yateye utwatsi umugambi wa guverinoma wo gutera inkunga iyubakwa ry’imihanda muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ikoresheje amafaranga ya Uganda. Abadepite bagaragaje inzitizi mu nama bagiranye n’Umunyamabanga wa Leta ushinzwe igenamigambi, David Bahati. Uyu Munyamabanga wa Leta yitabye iyi komite ku itariki 5 Ukwakira kugira […]

Ku nshuro ya mbere mu Burayi, u Bubiligi bufite Visi Minisitiri w’Intebe wihinduje igitsina

ejd5sq6waaeragx.jpg

Nyuma y’iminsi 652 Bubiligi bwari bumaze bufite guverinoma y’agateganyo, kubera ibibazo bya politiki, amashyaka arindwi ayihuriyemo yaje kugera ku masezerano mu mpera z’ukwezi gushize hashingwa guverinoma nshya igizwe n’abaminisitiri 20, barimo umugore wavutse ari umugabo, ndetse n’abanyamabanga ba leta batanu. Mu bagize guverinoma nshya iyobowe na Minisitiri w’Intebe, Alexander De Croo, harimo Petra De Sutter […]

Nyagatare:Umuturage yafatanwe magendu y’ibiro 25 by’amabuye y’agaciro

Tariki ya 5 Ukwakira nibwo abapolisi b’u Rwanda bo mu ishami rishinzwe kurwanya abanyereza imisoro (RPU) bafashe uwitwa Nyabyenda Dominic w’imyaka 40, yafatanwe ibiro 25 by’amabuye y’agaciro yo mu bwoko bwa Koluta. Yafatiwe mu karere ka Nyagatare mu murenge wa Matimba, mu kagari ka Matimba aya mabuye akaba yari ayavanye mu gihugu cya Uganda mu […]

RDC: Abaturage bari bagiye mu mirima yabo bishwe n’inyeshyamba

Abantu batatu barishwe abandi barakomereka mu gitero cyagabwe kuri uyu wa Mbere, itariki 5 Ukwakira n’abantu bitwaje intwaro batamenyekanye mu Mujyi wa Mamove, nko mu birometero 20 mu burengerazuba bw’Umujyi wa Oicha. Nk’uko sosiyete sivile ibivuga, abapfuye batatu ni abahinzi bari bari kujya mu mirima yabo ahagana mu ma saa kumi n’ebyiri za mu gitondo. […]

Ibinyamakuru bimwe muri Afurika bikomeje gukwiza igihuha cya minisitiri w’imyaka 19 mu Rwanda

Nubwo byaba ari inkuru ku gihugu icyo ari cyo cyashyira umwana w’imyaka 19 ku mwanya wa Minisitiri w’ikoranabuhanga, bikarushaho kuba inkuru uwo mwanya yawushyizweho na Perezida Paul Kagame, uzwiho ishyaka mu guteza imbere ikoranabuhanga ku Isi, amakuru akomeje guhwihwiswa y’uko yagennye uwitwa Patrick Nkuriza ni ikinyoma. Kuri uyu wa Mbere, itariki 05 Ukwakira nibwo amakuru […]

Félicien Kabuga demande un transfert à La Haye

L’avocat de la dĂ©fense d’un suspect de gĂ©nocide rwandais ĂągĂ© de 87 ans arrĂȘtĂ© en France a fait appel Ă  un tribunal international pour ne pas l’envoyer en Tanzanie pour y ĂȘtre jugĂ©, mais plutĂŽt pour le transfĂ©rer aux Pays-Bas pour des raisons de santĂ©, selon une demande Ă©crite dĂ©posĂ©e. Lundi. FĂ©licien Kabuga, l’un des […]

Amerika n’u Burayi birashinjwa guheza ibindi bihugu mu bukene kubera ibihano

Ibihugu by’u Burusiya n’u Bushinwa, byifatanyije n’ibindi bisaga 10 bisaba Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’u Burayi guhagarika ibikorwa byo gufatira ibihano ibindi bihugu kuko biri kubangamira urugamba rwo kurwanya icyorezo cya Covid-19. Ibi bihugu mu ibaruwa yabyo yasomwe na Ambasaderi w’u Bushinwa mu Muryango w’Abibumbye, Zhang Jun, birashinja Amerika guhungabanya uburenganzira bwa muntu , […]

Uganda: Igipolisi kiri guhiga umusore wishe umukunzi we w’imyaka 22

Igipolisi cya Uganda ahitwa Kiira Road kiri guhiga umusore w’imyaka 25 witwa Gerald Kabazzi, ukekwaho kwica uwari umukunzi we, Noah Gabeya, umukobwa w’imyaka 22, yarangiza akamufungirana mu nzu akaburirwa irengero. Ikirego kivuga ko Kabazzi, yishe Gabeya akazingira umurambo we mu mashuka mbere yo gucika. Ibi byabereye aho batuye mu Mudugudu wa Kyaliwajjala B, Paruwasi ya […]

Nkombo: Bashyikirijwe ubwato bujyanye n’igihe bemerewe na Perezida Kagame

ejkq8ugxyaa5aim.jpg

Kuri uyu wa Mbere, abatuye ku Kirwa cya Nkombo mu Karere ka Rusizi bari mu byishimo byo kwakira bumwe mu bwato bwa kijyambere bahawe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika buzabafasha guhahirana n’abandi baturage mu Ntara y’Uburengerazuba. Biteganyijwe ko mu 2021 abaturage ba Nkombo bazashyikirizwa ubundi bwato bunini bugiye kubakwa na none bemerewe n’umukuru w’igihugu, Paul […]

Umusaza w’imyaka 63 akurikiranweho gusambanya abana be

Polisi ya Mityana, muri Uganda, yataye muri yombi umusaza w’imyaka 63 ushinjwa gusambanya abakobwa be babiri bafite imyaka icumi na cumi n’ibiri nk’uko tubikesha ikinyamakuru The Independent. Umuvugizi wa Polisi mu Karere ka Wamala, Rachael Kawala avuga ko ukekwaho icyaha ari Muhammad Kimbugwe, utuye mu Mudugudu wa Naama A mu gace ka Busimbi ho muri […]

Abarwanyi ba FLN 16 barimo umuhungu wa Gen. Irategeka bari mu maboko y’ubushinjacyaha

ejkz7kbxkaalpwi.jpg

Umushinjacyaha Mukuru w’u Rwanda, Aimable Havugiyaremye yatangaje ko hari abarwanyi 16 b’umutwe wa FLN, barimo umuhungu wa Gen. Wilson Irategeka, ubushinjacyaha buri gukurikirana, buteganya ko urubanza rwabo ruzahuzwa n’urwa Rusesabagina wari uyoboye ihuriro rya MRCD riyobora uyu mutwe na Callixte Nsabimana Sankara wari umuvugizi wawo kuko bahuriye ku byaha bimwe. Ibi Umushinjacyaha Mukuru yabitangaje mu […]

RED-Tabara yemeje ko abarwanyi baherutse gufatirwa mu Rwanda ari abayo

ejjkjp2xgaedsc9.jpg

Umuvigizi wa gisirikare w’inyeshyamba za RED-Tabara zirwanya ubutegetsi bw’u Burundi, Patrick Nahimana, yemeje ko abarwanyi baherutse gufatwa n’ingabo z’u Rwanda ari ababo. Kuri uyu wa Mbere nibwo Igisirikare cy’u Rwanda (RDF) kerekanye abarwanyi cyavuze ko ari abo mu mutwe wa RED-Tabara bafatiwe mu Rwanda bahayobeye. Mu kiganiro yagiranye na BBC yagize ati:”Abo nibyo ni akarwi […]

Umuti usukura intoki witwa ‘Lime Fresh hand sanitizer’ wahagaritswe ku isoko

Umuti usukura intoki witwa witwa “Lime Fresh hand sanitizer and disinfectant” (Isopropyl alcohol based) ukorwa na Lime Fresh Family Ltd, Limex Falcon wahagaritswe n’Ikigo gishinzwe Kugenzura Ibiribwa n’Imiti mu Rwanda (FDA), nyuma yo gusanga utujuje ubuziranenge. Ibipimo bya Laboratwari byakozwe na Rwanda FDA, byagaragaje ko uyu muti wa “Lime Fresh hand sanitizer and disinfectant (Isopropyl […]

Goma: Umutekano wakajijwe mu gihe Perezida Tshisekedi ategerejwe mu ruzinduko rw’iminsi 3

Umutekano wakajijwe mu masangano atandukanye ndetse n’imihanda minini mu Mujyi wa Goma, Umurwa mukuru wa Kivu y’Amajyaruguru, amasaha make mbere yuko Perezida FĂ©lix Tshisekedi ahasesekara Kuri uyu wa Mbere, itariki 05 Ukwakira 2020. Biteganyijwe ko ibinyabiziga nabyo biza guhagarikwa cyangwa bikoreshwe inzira imwe mu bice byinshi aho umukuru w’igihugu agomba kunyura nk’uko bitangazwa na 7SUR7.CD. […]

Nyaruguru: L’armĂ©e capture 19 Burundais armĂ©s sur le territoire rwandais

Les Forces de dĂ©fense rwandaises (RDF) ont annoncĂ© ,samedi 3 octobre, que 19 militants burundais armĂ©s de fusils sont passĂ©s illĂ©galement du Burundi au Rwanda. Les combattants, selon RDF, se sont identifiĂ©s comme membres du groupe armĂ© Red Tabara et ont Ă©tĂ© apprĂ©hendĂ©s dans la forĂȘt de Nyungwe, secteur Ruheru du district de Nyaruguru, oĂč […]

Iran yaburiye ibihugu byo muri Aziya biri mu mirwano mu gihe yagera ku butaka bwayo

Kuri uyu wa Gatandatu, igihugu cya Iran cyaburiye Ingabo za Armenia na Azerbaijan zirwanira mu karere ka Nagorno-Karabakh ibihugu byombi bitavugaho rumwe kizisaba kwirinda kwinjira ku butaka bwacyo nyuma ibisasu byaguye ku butaka bwacyo hafi y’umupaka. Mu magambo ye Umuvugizi wa Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga, Saeed Khatibzadeh, yagize ati: “Kwinjira ku butaka bw’igihugu cyacu ku mpande […]

Musanze: Yavuye muri koma yari amazemo imyaka itatu asanga imitungo yabo yaratejwe

Uwitwa Ayingeye Leonie umaze imyaka 3 ari muri koma mu Bitaro bya Ruhengeri, yatunguwe no gukanguka agasanga abantu bose bambaye udupfukamunwa ndetse ababazwa no gusanga ahahoze ari iwe haragurishijwe n’umugabo we avuga ko uyu mugore we yapfuye. Ni amakuru aturuka mu Kagari ka Ruhengeri, Umurenge wa Muhoza, mu Karere ka Musanze, ahavugwa inkuru y’umugore wavuye […]

RDC: Martin Fayulu arasanga ishingwa rya Komini ya Minembwe y’Icyaro hari ikindi kiryihishe inyuma

Igikorwa cyo guhindura Umujyi wa Minembwe mo komini y’icyaro gukomeje kugarukwaho cyane haba mu banyapolitiki n’abashinzwe imibereho myiza muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, nk’aho Martin Fayulu uvuga ko kigamije gucamo Congo ibice arimo kucyamagana. Umunyapolitiki Martin Fayulu, perezida w’ishyaka rya politiki ryiyemeje guharanira ubwenegihugu n’iterambere (ECIDĂ©), mu butumwa bwashyizwe ku rubuga rwe rwa Twitter […]

Buruseli: Mu Banyarwanda 3 baherutse gufatwa umwe afungishijwe akuma kabugenewe

Kuri uyu wa Gatandatu, Ubushinjacyaha bw’u Rwanda bwemeje itabwa muri yombi ry’Abanyarwanda batatu b’Abanyarwanda, Pierre Basabose, Seraphin Twahirwa na Christophe Ndangali, bakurikiranweho kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda, batawe muri yombi muri iki cyumweru dusoza bafatiwe mu Bubiligi. Umwe muri bo ari kugenzura hakoreshejwe akuma kabugenewe (bracelet Ă©lectronique), abandi babiri barafunzwe nk’uko byatangajwe […]

Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwanze ubujurire bwa Rusesabagina

Kuri uyu wa Gatanu, itariki 02 Nzeri, Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwanze ubujurire bwa Paul Rusesabagina, wari wajuririye icyemezo cy’urukiko rw’ibanze cyo kumufunga iminsi 30 y’agateganyo. Asoma iki cyemezo, umucamanza wari uyoboye urubanza, Adolphe Udahemuka yavuze ko mu zindi mpamvu yashingiyeho afata iki cyemezo, ari uko Rusesabagina ashobora gucika mbere yo kuburana. Udahemuka, akaba na […]

La propriĂ©taire d’une entreprise de boissons alcoolisĂ©es arrĂȘtĂ©e

Le Bureau d’enquĂȘte du Rwanda (RIB) a arrĂȘtĂ© Beatrice Gahongayire, propriĂ©taire d’African Buffalo, et Bonaventure Niyitegeka, chef des opĂ©rations de l’entreprise, pour avoir prĂ©tendument produit et vendu de l’alcool illicite. African Buffalo est basĂ© dans le secteur de Ndera, district de Gasabo. La sociĂ©tĂ© produit des boissons alcoolisĂ©es telles que la vodka Moonlight, le MasterCane […]

Umuraperikazi Nicki Minaj yibarutse imfura ye ku myaka 37

Ku myaka ye 37 y’amavuko, Umuraperikazi Nicki Minaj, kuri ubu ni umubyeyi ku nshuro ya mbere nyuma yo kwibaruka imfura ye yabyaranye n’umugabo we, Kenneth Petty. TMZ itangaza ko Nicki Minaj yibarutse ku wa Gatatu i Los Angeles. Izina ry’umwana n’igitsina cye ntibiramenyekana. Uyu muhanzikazi yatangaje bwa mbere ko atwite muri Nyakanga umwaka ushize, ashyira […]

Abofisiye 2 ba FARDC bashinjwa gutanga intwaro zica Abanyamulenge batawe muri yombi

Abasirikare babiri bakuru, Colonel na Major, ba FARDC, batawe muri yombi n’ubutabera bwa gisirikare i Minembwe mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, aho Kivu Security Barometer itangaza ko aba basirikare bakuru ba leta bashinjwa gukorana n’imitwe ya Mayi-Mayi bayiha ibikoresho muri ako karere. “Abasirikare bakuru babiri bo muri brigade ya 12 ya FARDC (ifite icyicaro i […]

Umuyobozi w’uruganda rwa African Buffalo yatawe muri yombi

Urwego rw’igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwataye muri yombi Beatrice Gahongayire, ufite uruganda rwenga inzoga rwa African Buffalo, na Bonaventure Niyitegeka ukuriye ibikorwa muri uru ruganda, bakekwaho gukora no gucuruza inzoga zitemewe. African Buffalo ifite icyicaro mu Murenge wa Ndera, Akarere ka Gasabo. Ikora ibinyobwa bisindisha nka Moonlight Vodka, MasterCane Spirit na ReaWaragi Gin, ibyo byose RIB […]

Uganda: Rurageretse hagati ya muramukazi wa Gen. Kainerugaba na se wabo

Shartsi Musherure Kutesa, watsinzwe mu matora y’abagomba kuzatwara ibendera ry’ishyaka NRM mu matora y’abagize Inteko Ishinga Amategeko bahagarariye Mawogola y’Amajyaruguru, yanze kwemera ibyavuye mu matora ashimangira ko murumuna wa Museveni wamutsinze yakoresheje ruswa n’uburiganya. Madamu Musherure, ni umukobwa wa Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Uganda, Sam Kutesa, akaba yashakaga gusimbura se nk’umudepite uhagarariye ako karere, ariko […]

RDC: Abantu 6 barimo ushinzwe iperereza baguye mu mirwano hagati y’imitwe 2 y’inyeshyamba

Abantu 6 bapfiriye mu mirwano yabaye hagati y’imitwe ibiri y’inyeshyamba ahitwa Liboyo, ku muhanda wa Butembo-Manguredjipa, muri Teritwari ya Lubero, ho muri Kivu y’Amajyaruguru, kuri uyu wa Kane, itariki ya 01 Ukwakira 2020. Ni abarwanyi 5 ba Mai-Mai n’umukozi w’Urwego rw’Igihugu rushinzwe iperereza (ANR). Aya makuru yatanzwe na sosiyete sivile yo mu karere, ivuga ko […]

Uwahoze akuriye ubutasi muri FDLR yahakanye kugira uruhare mu bitero byagabwe ku Rwanda

Col. Jean Pierre Nsekanabo wari ushinzwe ibikorwa by’ubutasi mu mutwe wa FDLR kuri uyu wa Kane yireguye yemera ibyaha bimwe ibindi birimo nko kugira uruhare mu bitero byagabwe ku Rwanda n’uyu mutwe arabihakana. Abahoze ari abayobozi mu mutwe wa FDLR urwanya ubutegetsi bw’u Rwanda bakaba batangiye kwiregura ku byaha by’ubwicanyi no gushaka guhirika ubutegetsi bw’u […]

Abakozi bakuru ba leta baregwa kunyereza agera kuri miliyari 2 barasubira mu rukiko

Uwahoze ari Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri y’Imari n’Igenamigambi ry’Ubukungu, Caleb Rwamuganza, azasubira mu rukiko kuri uyu wa Gatanu, itariki ya 2 Ukwakira ari kumwe n’abandi bayobozi ba leta baregwa gucunga nabi umutungo wa Leta. Rwamuganza aregwa hamwe na Godfrey Kabera wahoze ari Umuyobozi Mukuru ushinzwe Igenamigambi ry’Igihugu; Eric Serubibi, wahoze ari Umuyobozi mukuru w’Ikigo cy’Igihugu […]

Rurageretse hagati ya Moise Katumbi n’umunyemari w’Umufaransa, Pascal Beveraggi

Intambara ihuje umunyemari w’umufaransa, Pascal Beveraggi n’uwahoze ari Guverineri wa Katanga na we ubwe akaba ari umunyemari, MoĂŻse Katumbi, ku muntu ugomba kuba nyir’isosiyete y’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro ikora n’ibikoresho bikoreshwa muri ibi bikorwa, NBMining Africa, yahoze ari MCK, ngo irasa nk’itari hafi kurangira nubwo Urukiko Rusesa Imanza mu Bufaransa rwafashe umwanzuro. Aho kwemera gutsindwa,uruhande rwa […]

RDC mu bihugu 10 bya mbere bifite igisirikare gikomeye muri Afurika, menya 35 bya mbere muri 2020

armee.jpg

Uyu mwaka, Misiri yongeye kuza ku mwanya wa mbere mu bihugu bifite igisirikare gikomeye muri Afurika n’amajwi 0.1872. Ahanini biterwa n’umubare munini w’ingabo ifite zibarirwa mu 920.000 n’ibimodoka by’imitamenwa (tanks) bigera ku 11.700. Igihugu cya Misiri nicyo gihugu cyonyine cya Afurika kiza mu bihugu 10 bya mbere bifite igisirikare gikomeye ku Isi, aho kiza ku […]

Murumuna wa Museveni, Aine Kaguta, yatsinze umukobwa wa minisitiri Kuteesa mu matora ya NRM

Godfrey Aine Kaguta, murumuna wa Perezida Yoweri Museveni na Anifa Kawooya Bangirana batsinze amatora y’ibanze y’ishyaka rya National Resistance Movement mu Karere ka Sembabule. Murumuna wa Museveni muri aya matora akaba yahigitse umukobwa wa minisitiri Sam Kuteesa witwa Shartsi Kuteesa. Aba bombi batangajwe ko batsinze amatora y’abazatwara ibendera rya NRM mu matora y’abadepite bahagarariye Mawogola […]

RDC: FARDC yigaruriye ibirindiro bikuru bya NDC-R nyuma y’iminsi myinshi y’imirwano ikaze

Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), zishinzwe ibikorwa bya Sokola 2 mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, ziratangaza ko zongeye kwigarurira agace ka Pinga, muri Teritwari ya Walikale nyuma y’iminsi myinshi y’imirwano ikaze yazihuje n’inyeshyamba za NDC-RĂ©novĂ© (NDC-R) ziyoborwa na Guidon Shimiray. Kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 30 Nzeri 2020 ubwo yari aturutse […]

Rubavu: Polisi yafashe magendu y’ibiro bisaga 700 by’amabuye y’agaciro

Kuri uyu wa mbere tariki ya 28 Nzeri Polisi ikorera mu karere ka Rubavu yafashe magendu y’amabuye y’agaciro yo mu bwoko bwa Tourmaline afatirwa mu rugo rwa Mukanoheri Beatrice w’imyaka 27 utuye mu Karere ka Rubavu, mu Murenge wa Gisenyi, mu Kagari ka Mbugangali, mu Mudugudu wa Gasutamo. Tourmaline ni ibuye rizwiho kubengerana cyane bitewe […]

Le suspect de génocide le plus recherché du Rwanda sera jugé à Arusha

La plus haute cour d’appel française a statuĂ© que le cerveau prĂ©sumĂ© du gĂ©nocide, FĂ©licien Kabuga, serait transfĂ©rĂ© de France Ă  la garde du MĂ©canisme rĂ©siduel des tribunaux pĂ©naux internationaux (RMICT), Ă  Arusha pour y ĂȘtre jugĂ©. M. Kabuga, 87 ans, a Ă©tĂ© arrĂȘtĂ© en mai Ă  son domicile prĂšs de Paris aprĂšs 26 ans […]