Kinshasa: Umupolisi yarashe umukuriye ubwo bagenzuraga abambaye udupfukamunwa
Kuri uyu wa Gatatu muri karere ka Bandalungwa, mu Mujyi wa Kinshasa umupolisi yibeshye arasa umukuriye ubwo bari mu bugenzuzi bwo kureba abantu batambaye udupfukamunwa. Amakuru agera ku rubuga rwa ACTUALITE.CD aravuga ko uyu mupolisi warashwe mu mutwe yahise yihutanwa kwa muganga nkâuko byemejwe nâuwungirije umuyobozi wâigipolisi cya Congo (PNC) akaba na komanda wâigipolisi muri […]
Abanduye Covid-19 barwariye mu ngo bagiye kujya bakurikiranwa byâumwihariko
Leta yâu Rwanda iratangaza ko igiye gukurikirana byâumwihariko abarwayi ba Covid-19 barwariye mu rugo bagiye gukurikiranwa byâumwihariko mu rwego rwo guca intege abasanganwa iyo ndwara bakanga kwishyira mu kato nkâuko byatangajwe na Leta yâu Rwanda. Mu kiganiro cyihariye yahaye Ijwi rya Amerika kuri uyu wa Kabiri, Minisitiri wâubutegetsi bwâigihugu, Jean Marie Vianney Gatabazi, yavuze ko […]
Abaganga nâabaforomo bagize uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu Mujyi wa Butare
Iyi nyandiko dukesha CNLG yo muri Gicurasi umwaka ushize, irerekana uruhare rukomeye rwâabo bantu mu bwicanyi bwabereye mu Mujyi wa Butare, ikagaragaza ko abaganga makumyabiri na batanu (25), abanyeshuri batatu (03) bigiraga ubuganga muri Kaminuza yâu Rwanda, abaforomo nâabakozi mirongo itatu nâumwe (31) bahamijwe ubwicanyi. URUHARE RWâABAGANGA MURI JENOSIDE MU MUJYI WA BUTARE 1) Dr […]
Ituri: Abasirikare 7 ba FARDC biciwe mu gico cyâinyeshyamba za ADF
Igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, FARDC, kiravuga ko cyivuganye inyeshyamba 15 za ADF ariko nacyo gitakaza abasirikare barindwi muri Teritwari ya Irumu, ho mu Ntara ya Ituri. Aya makuru yashyizwe ahagaragara kuri uyu wa Kabiri, itariki 27 Nyakanga mu kiganiro nâitangazamakuru cya Guverineri wa gisirikare wâiyi ntara. Guverineri wa gisirikare wâIntara ya Ituri, […]
Visite du chef d’Ă©tat-major gĂ©nĂ©ral des forces armĂ©es angolais

Le chef d’Ă©tat-major gĂ©nĂ©ral des Forces armĂ©es angolaises (FAA), le gĂ©nĂ©ral AntĂłnio EgĂdio de Sousa Santos est en visite officielle au Rwanda qui a dĂ©butĂ© le 26 juillet et se terminera le 30 juillet 2021. Aujourd’hui, 27 juillet, le chef d’Ă©tat-major gĂ©nĂ©ral des forces armĂ©es angolaises, le gĂ©nĂ©ral AntĂłnio EgĂdio et sa dĂ©lĂ©gation ont eu […]
Ferwafa a payĂ© 119 000 $ Ă l’ancien directeur marketing aprĂšs une ordonnance du tribunal
La FĂ©dĂ©ration rwandaise de football (Ferwafa) a versĂ©e 119,000 $ Ă JĂ©rĂŽme Dufourg, leur ancien directeur du marketing et de la communication aprĂšs une ordonnance de la cour d’appel. Il est entendu que Dufourg a travaillĂ© pour l’argent en 2015 lorsqu’il a aidĂ© Ferwafa Ă vendre les droits tĂ©lĂ©visĂ©s de la ligue de football locale […]
Abakora ibyaha bagahungira ubutabera muri Malawi ibyabo byasubiwemo
Abanyarwanda bakoze ibyaha bitandukanye bagahungira muri Malawi cyangwa abashakishwa nâubutabera bahahungiye ibyabo bigiye gusubirwamo nyuma yâaho kuri uyu wa Mbere, itariki 26 Nyakanga ibihugu byombi bishyiriye umukono ku masezerano yo guhererekanya abanyabyaha mu muhango wari uhagarariwe nâUmukuru wâIgipolisi cyâu Rwanda, IGP Dan Munyuza, wari mu ruzinduko rwâicyumweru muri iki gihugu, na mugenzi we, Dr George […]
Bill Gates wahanuye Covid-19, aravuga ko Isi ikwiye kwitegura ikindi cyorezo, Isi yaba iri mu kagambane?
Mu gihe icyorezon cya Coronavirus gikomeje gukwirakwira mu Isi yose ari nako kigenda kihinduranya gihitana abatari bacye, abanyapolitiki nâabatuye Isi bakomeje gutangazwa nâukuntu gikomeje guhagarika ubukungu bwâIsi cyuzuza ibitaro kugeza ubwo bimwe birengerwa ari ko gihindura ubuzima bwa buri munsi bwâabatuye Isi, nyamara umuherwe Bill Gates wari wagihanuye mu 2015 yongeye guhanura ko Isi ikwiye […]
Burundi: Minisitiri wâingabo ntavuga rumwe n’abaturage ku nyeshyamba zâAbanyarwanda zivugwa mu Kibira

Minisitiri wâingabo wâu Burundi kuri uyu wa Mbere yahakanye amakuru akomeza kwemezwa na bamwe mu Barundi nâIgisirikare cyâu Rwanda avuga ko mu Ishyamba rya Kibira hari abarwanyi barwanya ubutegetsi bwâu Rwanda, ubwo yerekanaga ibyo minisiteri ayoboye yagezeho mu mezi atatu ashize. Minisitiri Alain Tribert Mutabazi kandi usibye guhakana ko hari inyeshyamba zâAbarundi ziri mu ishyamba […]
USA: Umugabo yarashe mu gatsiko kâabantu yicamo umwe nabo bamwicisha amabuye
Umugabo wari ufite imbunda ahitwa Fort Worth,muri Texas, yarashe mu gatsiko kâabantu yicamo umwe abandi arabakomeretsa mbere yâuko abo yarashemo na bo birwanyeho bakoresheje amabuye bakayamutera kugeza bamwishe. Ibi byabaye mbere ya saa saba zâijoro kuri uyu wa Mbere ushize, ubwo uyu mugabo yarasaga mu gatsiko kâabantu mu rusisiro rwo mu gace ka Fort Worth. […]
Umushinga wa gari ya moshi uhuza u Rwanda,Tanzania na RDC ugiye kwihutishwa
Umushinga wa gari ya moshi u Rwanda ruhuriyeho nâibihugu bya Tanzania na Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, ugiye gusubukurwa ndetse wihutishwe kurushaho nyuma yaho ukomewe mu nkokora nâibibazo birimo nâicyorezo cya COVID19 nkâuko byatangajwe na Minisiteri yâibikorwa remezo. Biteganyijwe ko uyu muhanda wa gari ya moshi wambukiranya umuhora wo hagati cyangwa Central corridor, ugomba guhuza […]
Nyuma ya Afghanistan, Amerika igiye gucyura n’ingabo zari muri Irak bitarenze uyu mwaka

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Joe Biden na Minisitiri wâIntebe wa Irak, Mustafa al-Kadhimi, kuri uyu wa Mbere bemeranyije kurangiza ubutumwa bwo gukora intambara bwâingabo za Amerika bitarenze impera zâuyu mwaka, nyuma yâimyaka isaga 18 izi ngabo zoherejwe muri iki gihugu. Ni nyuma yâaho ubutumwa nkâubu bwâingabo za Amerika muri Afghanistan nabwo bugomba […]
Les soldats rwandais ont tuĂ© plus d’insurgĂ©s lors d’un assaut au Mozambique

Les derniers rapports du Mozambique indiquent que les forces gouvernementales mozambicaines et les Forces de dĂ©fense rwandaises (RDF) ont tuĂ© plusieurs insurgĂ©s au cours du week-end lors d’une opĂ©ration conjointe dans la rĂ©gion d’Awasse, un emplacement stratĂ©gique avec une route de connexion Ă la ville portuaire de MocĂmboa da Praia et Ă Palma , dans […]
Perezida Museveni yapfushije nyirasenge wari mu myaka 97
Perezida wa Uganda, Yoweri Museveni, yapfushije nyirasenge, Jairesi Keminagano wari uri mu kigero cyâimyaka 97. Museveni ubwe niwe washyize aya makuru ahagaragara agira ati Mbabajwe no gutangaza urupfu rwâumwe muri ba masenge , Kaaka Jairesi Keminagano, wari ugeze mu myaka 97,â Yongeyeho ko yapfuye kuri iki Cyumweru saa mbiri zâijoro apfiriye Nakasero azize ibibazo bifitanye […]
Ingabo za FARDC zimaze imyaka zirwana nâinyeshyamba ziracyatozwa kurirwaniramo
Abasirikare 688 ba FARDC mu mpera zâicyumweru gishize basoje imyitozo ya gisirikare yo kurwanira mu mashyamba yatanzwe mu rwego rwâubufatanye bwa gisirikare hagati ya RDC nâUmuryango wâAbubumbye. Aba basirikare batojwe mu gihe cyâibyumweru bibiri ahitwa Rwampara, agace gaherereye hafi yâUmujyi wa Bunia. Usibye amasomo yo kurwanira mu mashyamba, banahuguwe ku bijyanye nâuburenganzira bwa muntu. Komanda […]
Uganda: Umwana wâimyaka 10 yishe se arimo guhorera nyina
Polisi mu Karere ka Rukungiri muri Uganda iri mu iperereza ku rufu rwâumugabo wâimyaka 33 bivugwa ko yishwe nâumuhungu we wâimyaka 10 nyuma yâamakimbirane yabanje kubera mu rugo hagati yâumugabo nâumugore we. Umugabo wishwe ni uwitwa Pius Tugumisirize, wari utuye mu Mudugudu wa Rwesero, ubarizwa muri Paruwasi ya Kikarara, mu Murenge wa Bwambara, ho mu […]
Umunyamerika ukuriye Madagascar Oil mu bakekwaho gushaka guhirika Rajoelina

Nyuma yâAbafaransa babiri, Paul Rafanoharana na Philippe François bafashwe kuwa Kabiri ushize bashinjwa gushaka guhirika ku butegetsi Perezida Andry Rajoelina wa Madagascar, ubu haravugwa ifatwa ryâundi munyamahanga wa gatatu ukomoka muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika ukekwaho kuba inyuma yâuyu mugambi. Kuva mu ijoro ryo kuwa Kabiri ushize, Paul Rafanoharana na Philippe François bo bakomeje […]
Mozambique: RDF yaba yongeye kwivugana inyeshyamba nyinshi no gufata ibikoresho bitandukanye byazo

Amakuru akomeje kuzenguruka kuri twitter ataremezwa neza aravuga ko ingabo zâu Rwanda ziri muri Mozambique muri iyi weekend zongeye kwivugana inyeshyamba nyinshi mu Ntara ya Cabo Delgado mu gace ka Awasse. Aya makuru arakomeza avuga ko izo nyeshyamba zishwe mu mirwano yazihuje nâingabo zâu Rwanda ubwo zageragezaga kongera ingufu muri aka gace kugirango zibashe kurushaho […]
Mali: Uwashatse kwica Perezida Goita yapfiriye mu maboko yâinzego zâumutekano
Umugabo washinjwaga gushaka gutera icyuma perezida w’agateganyo wa Mali Assimi Goita mu cyumweru gishize yapfiriye mu bitaro ubwo yari mu maboko y’inzego z’umutekano, nk’uko guverinoma yabitangaje ku cyumweru. Ku wa kabiri, nibwo Perezida Goita, umukoloneli wo mu ngabo zidasanzwe za Mali, wateguye ihirikwa ryâubutegetsi kabiri mu mwaka ushize, yarokotse nta nkomyi nyuma yo kugabwaho igitero […]
Ntungamo: Bahangayikishijwe nâinka zambutswa rwihishwa ziva mu Rwanda
Umunyamabanga wa Leta ushinzwe ibijyanye nâamatungo muri Uganda, Bright Rwamirama, yaburiye abaturage bo mu Karere ka Ntungamo bashinjwa kwinjiza inka rwihishwa zivuye mu Rwanda ko abazajya bafatwa bazajya bamburwa izo nka zikagurishwa mu cyamunara. Abayozobozi bo muri aka karere nkâuko tubikesha NTV, bavuga ko abaturage baturiye umupaka wâu Rwanda na Uganda bakomeje kurenga ku mabwiriza […]
Melania Trump ayoboye urutonde rwâabagore bâabaperezida bayoboye USA bâibizungerezi

Babaye abagore b’abagabo bakomeye ku Isi, usibye imbaraga, bagiye bagaragaza igikundiro na gukurura abantu igihe cyose bagaragaraga mu ruhame . Aba badamu babaye muri White House, bakora ibikorwa by’ubugiraneza, bagira inshingano zitandukanye, ariko ntibibabuza kugaragara neza igihe cyose bagiye mu ruhame baherekeje abagabo babo bakomeye. Muri iki cyegeranyo turarebera abagore b’uburanga b’abaperezida bayoboye Amerika mu […]
L’ancien ministre rwandais condamnĂ© pour gĂ©nocide rwandais transfĂ©rĂ© au SĂ©nĂ©gal
Augustin Ngirabatware l’ancien ministre rwandais condamnĂ© pour son rĂŽle dans le gĂ©nocide contre les Tusis, a Ă©tĂ© transfĂ©rĂ© au SĂ©nĂ©gal cette semaine pour purger sa peine, devenant le dernier dĂ©tenu Ă quitter un centre de dĂ©tention de l’ONU en Tanzanie, ont confirmĂ© jeudi des sources judiciaires. Depuis 1990, Ngirabatware Ă©tait ministre du Plan et il […]
Museveni aracyari indwanyi ikomeye muri Afurika nâumwarimu wâintambara â Gen Muhoozi
Umuhungu wa Perezida Museveni, Lt. Gen. Muhoozi Kainerugaba, unayobora ingabo zirwanira ku butaka, yongeye gutakagiza se avuga ko akiri indwanyi yâakataraboneka muri Afurika. Abinyujije ku rukuta rwe rwa twitter akunze gukoresha agaragaza ibitekerezo bye, rimwe na rimwe bitavugwaho rumwe, Gen. Kainerugaba yatakagije se avuga ko akiri indwanyi ikomeye kurusha izindi muri Afurika. Yavuze ko imbaraga […]
Pegasus: Ambasaderi wa Uganda muri Loni, Adonia Ayebare, nawe yaba yarumvirijwe
Ikinyamakuru Daily Monitor cyo muri Uganda kiravuga ko cyamenye ko na telephone ya Ambasaderi wa Uganda muri Loni yumvirijwe nâikindi gihugu cyo muri Afurika kitatangajwe hakoreshejwe ikoranabuhanga rya Pegasus rikomeje kugaruka mu nkuru zitandukanye muri iyi minsi. Mu nkuru yacyo, iki kinyamakuru cyatangaje ko Telephone ya Ambasaderi Adonia Ayebare yinjiriwe mu mwaka ushize kimwe nâuyundi […]
Muhanga: Umwana wishe nyina agahusha se agakomeretsa abavandimwe be yakatiwe nâurukiko
Umwana wâimyaka 17wo mu Karere ka Ruhango mu Ntara yâAmajyepfo wari ukurikiranyweho icyaha cyâubwicanyi, yakoreye nyina, icyo gukubita cyangwa gukomeretsa ku bushake byateye urupfu, ndetse nâicyo gukubita cyangwa gukomeretsa ku bushake umwana, yahamwe nâibyaha akatirwa igihano cyâigifungo cyâimyaka 10. Ibi byahaha byakozwe ku itariki ya 03 Kamena 2021, mu masaha ya saa mbiri nâigice z’ijoro, […]
Algeria yareze RSF nyuma yo kuyishinja gukoresha Pegasus ikaza kwivuguruza
Igihugu cya Algeria kuri uyu wa Gatanu cyareze mu butabera bwâu Bufaransa umuryango wâAbanyamakuru batagira Umupaka (Reporters sans frontiĂšres) kiwurega isebanya nyuma yâaho uyu muryango ushinje iki gihugu gukoresha software ya Pegasus mu rwego rwâubutasi mbere yo kwisubiraho. Iki kirego cyatanzwe na Algeria kirebana nâibyatangajwe na RSF kuwa 19 Nyakanga ku rubuga rwayo nkâuko byemezwa […]
Tests de masse Covid-19 : deux cellules de Kigali enregistrent le taux de positivité le plus élevé
Le Rwanda Biomedical Center (RBC) a publiĂ© les rĂ©sultats des tests de masse Covid-19 Ă Kigali, avec deux cellules enregistrant le taux de positivitĂ© le plus Ă©levĂ©. Les tests ont Ă©tĂ© effectuĂ©s entre le 17 et le 18 juillet 2021 et les cellules les plus touchĂ©es sont Gacaca et Gasagara dans le district de Gasabo […]
Igitero cya ADF kuri bus yari itwaye abagenzi cyahitanye abasaga 10 barimo abagore nâabana
Byibuze abaturage 16 barimo abagore batandatu nâabana babiri mu ijoro ryo kuri uyu wa Kane ushize biciwe mu gitero cyagabwe kuri bus yari itwaye abagenzi aho bikekwa ko cyagabwe nâinyeshyamba za ADF mu majyaruguru yâuburasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo nkâuko byatangajwe kuri uyu wa Gatanu nâumuyobozi wâibitaro muri iki gice cyo muri Beni. […]
Kamonyi: Uko amafaranga yo kubaka amashuri yanyerejwe n’abakekwa barimo gitifu
Urukiko rwâIbanze rwa Gacurabwenge kuwa Gatatu ushize, itariki 21 Nyakanga 2021, rwafashe icyemezo gifunga byâagateganyo abarimo Umunyamabanga Nshingwabikorwa wâagateganyo wâUmurenge wa Nyamiyaga, bakaba bakurikiranyweho ibyaha birimo icyo kunyereza umutungo wa Leta ndetse nâibindi byaha bitandukanye, bakaba bafunzwe byâagateganyo iminsi 30. Nkâuko iyi nkuru yâUbushinjacyaha Bukuru ivuga, mu bihe bitandukanye, uhereye ku itariki ya 1/7/2020, abaregwa […]
Ingabo za Afurika yâEpfo na Botswana na zo zageze muri Mozambique
Amakuru atandukanye ava muri Mozambique aravuga ibihugu bya Afurika yâEpfo na Botswana bibarizwa muri SADC nabyo byohereje ingabo zabyo muri iki gihugu nyuma yâaho ingabo zâu Rwanda zoherejwe mu cyumweru gishize zo zatangiye gucakirana nâinyeshyamba za Al Shabab zigendera ku matwara akakaye ya kisilamu zikomeje guhungabanya umutekano mu Ntara ya Cabo Delgado. Bivugwa ko ingabo […]
Icyo Uganda ivuga ku bivugwa ko u Rwanda rwumvirije telefone zâabayobozi batandukanye
âTwabonye amakuru hirya no hino, kandi umuntu yavuga ko ari ibivugwa gusa,â uyu ni umunyamabanga wa leta ushinzwe imibanire mpuzamahanga muri Uganda avuga ku makuru yâuko u Rwanda rwaba rwarakoresheje ikoranabuhanga rya Pegasus mu kumviriza abayobozi batandukanye muri iki gihugu. Guverinoma yâu Rwanda igira icyo ivuga kuri aya makuru yavuze ko ayo makuru akwirakwizwa yâuko […]
Kamembe: Ubushinjacyaha bwashyikirijwe dosiye yâabagore 8 bahohoteye umucamanza
Ubushinjacyaha ku rwego rwâIbanze rwa Kamembe bwashyikirijwe dosiye iregwamo abagore 8 icyaha cyo gusagarira umucamanza wari mu kazi bamuziza ko yarekuye umuntu bashakaga ko afungwa. Icyaha bakurikiranweho cyakozwe ku itariki ya 09 Nyakanga 2021, hagati ya saa sita na saa sita nâigice zâamanywa ubwo abaregwa bajyaga ku Rukiko rwâIbanze rwa Kamembe bakasanga umucamanza wari mu […]
Pegasus: Perezida Macron yahise ahindura telephone na numero
Perezida wâu Bufaransa Emmanuel Macron yahinduye telephone yakoreshaga na numero nyuma yâinama yâumutekano yâigitaraganya yateranyije kuri uyu wa Kane hagamijwe kuganira ku biherutse gutangazwa ko telephone ye yaba iri mu zumvirijwe cyangwa yari mu zagombaga kumvirizwa hakoreshejwe ikoranabuhanga rya Pegasus ryâikigo cyo muri Israel, NSO Group. Umuyobozi muri Guverinoma wâu Bufaransa wavuganye na Reuters yagize […]
IsraĂ«l rejoint l’Union africaine aprĂšs deux dĂ©cennies
Pour la premiĂšre fois depuis 2002, IsraĂ«l a rejoint l’Union africaine, retrouvant son statut d’observateur. Le ministre israĂ©lien des Affaires Ă©trangĂšres, Lapid, a qualifiĂ© la dĂ©cision de “jour de cĂ©lĂ©bration” des relations du pays avec les Ătats membres. Aleligne Admasu, ambassadeur d’IsraĂ«l en Ăthiopie, a remis jeudi sa charte d’observateur Ă l’Union africaine. L’Union africaine […]
RDC: Abofisiye 9 barimo abakoloneli 6 bafashwe bashinjwa kunyereza umutungo
Abasirikare icyenda ba FARDC bo ku rwego rwa ofisiye kuri uyu wa Kane, itariki 22 Nyakanga batawe muri yombi byâagateganyo bafungirwa muri Gereza ya Bunia, aho bakurikiranweho kunyereza amafaranga yagenewe ibikorwa bya gisirikare muri Ituri muri ibi bihe iyi ntara irimo kuyoborwa nâigisirikare. Mu batawe muri yombi harimo ba colonel batandatu ba FARDC, barimo komanda […]
Umupolisi yakubiswe ajya muri coma azira guhatira kubahiriza ingamba zo kwirinda Covid-19
Abaturage bo mu mudugudu wa Rwabaganda, mu mujyi wa Ddyango, mu Karere ka Rakai kuri uyu wa Gatatu bakubise umupolisi kugeza ubwo ajya muri coma nyuma yo kubahatira kubahiriza amabwiriza yo gukumira icyorezo cya Covid-19. Nkâuko batangajwe na Wangi Ssemanda, uyobora uyu mujyi wa Ddyango, umupolisi wakubiswe ari uwitwa Mwesigye wakoreraga kuri station ya polisi […]
Pegasus: Macron yatumije inama yâumutekano yâigitaraganya nyuma yo kumva ko yaba yarumvirijwe
Perezida wâu Bufaransa, Emmanuel Macron kuri uyu wa Kane, itariki 22 Nyakanga yahamagaje inama yâumutekano yâigitaraganya nyuma yâaho telephone ye ubwe igaragariye ku rutonde rwâizishobora kuba zarumvirijwe hifashishijwe ikoranabuhanga rya Pegasus ryâikigo cyo muri Israel, NSO Group. Mu minsi ishize nibwo itsinda ryâibinyamakuru mpuzamahanga ryagaragaje ko application ya Pegasus yakozwe nâikigo cyâikoranabuhanga cyo muri Israel, […]
Isesengura: TotalEnergies yâAbafaransa yaba yihishe inyuma y’iyoherezwa rya RDF muri Mozambique?

Inzozi zâejo hazaza ho kubyaza umusaruro gaz nyinshi igihugu cya Mozambique gifite, ngo zishingiye ku bushobozi gifite bwo guhagarika inyeshyamba zikomeje guhagarika ubuzima zifitanye isano na Leta ya Kisilamu, ariko ngo niba amahoro ari igisubizo, iki gihugu cyo muri Afurika yâAmajyepfo nâigihangange mu bijyanye nâingufu cyâAbafaransa, TotalEnergies bishobora kuba bifite ikibazo. Isesengura ryakozwe nâabanyamakuru bâIbiro […]
Burundi: Abazongera gupfa icya cumi bazajya bacyamburwa gishyirwe mu isanduku ya leta
Perezida wâInteko Ishinga Amategeko yâu Burundi, Gelase Ndabirabe, yabwiye abayobozi bâamatorero akunze kumvikanamo amakimbirane aturuka ku gupfa amaturo, ko ayo maturo bapfa bazajya bayamburwa agashyirwa muri banki mu isanduku ya leta. Ibi Perezida wâInteko Ishinga Amategeko yâu Burundi, yabitangaje ubwo yari mu ruzinduko mu Ntara ya Cankuzo mu nama yagiranye nâabayoboye amatorero muri iyi ntara, […]
Zambia: Impunzi zirimo Abanyarwanda zongeye guterwa zishinjwa gushyigikira abazaba bahanganye mu matora
Impunzi zâAbanyarwanda, Abarundi nâAbanyekongo zahungiye muri Zambia zituye mu mijyi muri iyi weekend ishize zongeye kugabwaho ibitero nâabenegihugu bâiki gihugu bashyigikiye ubutegetsi cyangwa opozisiyo mbere gato yâamatora ateganyijwe mu kwezi gutaha ku itariki ya 12, aho zirimo gushinjwa gushyigikira uruhande rumwe cyangwa urundi. Biravugwa ko amaduka yabo nâibindi bikorwa byâubucuruzi byasahuwe ibindi bikangizwa ndetse impunzi […]
Amasomo yâItorero muri uyu mwaka azakomeza gutangirwa kuri internet
Uyu mwaka gahunda yâamahugurwa yâuburere mboneragihugu ku rwego rwâigihugu, Itorero, izakorwa hifashishijwe ikoranabuhanga bitewe nâicyorezo cya Covid-19. Biteganijwe ko amasomo yâItorero azaba kuva ku ya 26 Nyakanga kugeza ku ya 8 Kanama. Abayobozi bavuze ko usibye amasomo ajyanye n’indangagaciro zo gukunda igihugu, aya mahugurwa azagaragaramo amasomo ajyanye no kwigira agamije kwihutisha kugabanya ubukene n’iterambere ry’ubukungu, […]
Kayonza: Abarimu bafatiriye amanota kubera kudahembwa hatangwa ikindi kizamini
Abarimu bigisha ku ishuri ribanza rya Bright Vision giherereye mu Murenge wa Gahini mu Karere ka Kayonza, kafatiriye amanota n’indangamanota by’abana kubera kudahembwa, Ubuyobozi bwâikigo buhitamo kongera gukoresha ikizamini kimwe ku nshuro ya kabiri, ibintu NESA ivuga ko bitemewe. Ibi bintu byo gukoresha ikizamini kimwe kabiri byafashwe nko gukopera, Ubuyobozi bwâikigo cyâigihugu gishinzwe ibizamini nâubugenzuzi […]
Ishimuta, iyicarubozo, ubwicanyi, bimwe mu bikorwa bya kinyamanswa byavuzwe kuri Winnie Mandela

Ishimuta, iyicarubozo nâubwicanyi, bimwe mu bikorwa byagiye bihindanya isura ya nyakwigendera Winnie Mandela, wahoze ari umugore wâintwari ya Afurika, Nyakwigendera Nelson Mandela, nubwo nawe ibikorwa bijya gusa nkâibi yagiye abikorerwa nâubutegetsi bwâivangura yahanganye nabwo igihe kirekire muri Afurika yâEpfo bwari buyobowe na ba nyamucye bâAbazungu. Kenshi rero Winnie Mandela yagiye avugwaho ibyiza gusa cyane cyane […]
Amwe mu mayeri akomeje gukoreshwa na ba mafiya bagurisha imitungo itari iyabo
Abayobozi mu Mujyi wa Kigali bagiriye inama abaguzi b’imitungo gukora ubushishozi mbere yo kugura amazu n’ibibanza, bavuga ko hagaragaye ibibazo by’uburiganya ku isoko ry’imitungo. Uyu muburo watanzwe na Marie-Solange Muhirwa, ukuriye igenamigambi ryâimijyi mu Mujyi wa Kigali, ukurikiye ibibazo bikomeje kuzamuka byâabantu bagurisha amazu badafite ibyangombwa byo kubaka. Umuturage wo mu mujyi wa Kigali wahisemo […]
RDC: Ukuriye urubyiruko rwâishyaka rya Moise Katumbi yakatiwe imyaka 2 yâigifungo
Jacky Ndala, Umuyobozi wâurubyiruko rwâishyaka Ensemble pour la rĂ©publique, rya Moise Katumbi, kuri uyu wa Kabiri yakatiwe igifungo cyâimyaka 2 azira kwamagana umushinga wâitegeko rishya ryerekeranye nâUbunyekongo « congolitĂ© » rikumira abantu batavuka ku babyeyi bose bâAbanyekongo guhatanira umwanya wâumukuru wâigihugu nâindi myanya ikomeye muri leta. Kuri Moise Katumbi nawe ufite umubyeyi umwe wâumuzungu, afata […]
Nyagatare : Deux personnes dont un chef de village arrĂȘtĂ©es pour avoir agressĂ© un journaliste
Le Bureau d’enquĂȘte du Rwanda (RIB) a confirmĂ© l’arrestation de Sam Kalisa, 30 ans, le chef du village de Rubona dans le secteur de Karangazi, district de Nyagatare et d’un certain Steven Mutsinzi pour avoir agressĂ© un journaliste qui effectuait des reportages sur le terrain. Selon un article publiĂ© sur le compte Twitter de RIB, […]
Nyagatare: Babiri barimo mudugudu bafashwe bazira guhohotera umunyamakuru
Urwego rwâIgihugu rwâUbugenzacyaha (RIB) rwemeje itabwa muri yombi ryâabantu babiri; umuyobozi wâUmudugudu wa Rubona, mu Murenge wa Karangazi, mu Karere ka Nyagatare na Steven Mutsinzi bashinjwa gusagarira umunyamakuru wari uri mu kazi ke. Nkâuko RIB yabitangaje kuri Twitter, undi muntu wa gatatu ukekwa yaracitse aracyashakishwa. Iki hohoterwa ryakorewe umunyamakuru ryabaye ku Cyumweru gishize, itariki 18 […]
Uganda: Umuyobozi muri Islam yamaganye iyicarubozo ku bateye Gen Katumba
Umuyobozi wâidini ya Islam muri Luwero, hagati mu gihugu cya Uganda, yamaganye iyicwa nâiyicarubozo bavuga ko biri gukorerwa abantu bakurikiranweho kugira uruhare mu gitero cyagabwe kuwahoze ari umugaba mukuru wâingabo, Gen. Katumba Wamala mu kwezi gushize kigahitana umukobwa we. Mu ntangiriro zâukwezi gushize nibwo uyu mukobwa wa Gen Katumba, Brenda Nantongo nâumushoferi we, Haruna Kayondo […]
Umugore yiyiciye umwana akoresheje uburozi undi ari hagati yâurupfu nâubuzima
Umugore witwa Mary Nduku wâimyaka 27 wâahitwa Machakos muri Kenya kuri uyu wa Mbere, itariki 19 Nyakanga yagejejwe imbere yâurukiko yiyemerera ko yiyiciye umwana undi akaba ari hagati yâurupfu nâubuzima nyuma yo kubaha uburozi. Iki gikorwa cyâubunyamanswa uyu mugore yakoze kigahitana umwana we undi akaba arembeye mu Bitaro bya Machakos, avuga ko nawe atazi ibyari […]
Moto 20 za mbere zihenze ku Isi iya mbere igura miliyari zisaga 11

Nyuma yo kubagezaho urutonde rw’imodoka 15 za mbere zihenze ku isoko muri uyu mwaka wa 2021, twifuje no kubashakira moto 20 za mbere zihenze ku Isi aho ku mwanya wa mbere ku rutonde dukesha wealthygorilla.com usangaho moto ifite agaciro ka miliyari zisaga 11 z’Amanyarwanda ikurikiwe n’igura miliyari zisaga 7, mu gihe ku mwanya wa 20 […]
Umunyemari wâUmunyakenya, Joseph Nyamuthe, yatorotse gereza yari afungiyemo mu Burundi

Umunyemari wâUmunyakenya, Joseph Mboye Nyamuthe wari ufungiye muri Gereza Nkuru ya Murembwe, mu gihugu cyâu Burundi akurikiranweho icuruzwa ryâibiyobyabwenge, aravugwaho gutoroka mu ijoro ryo kuwa Gatanu ushize, aho yatorotse avuye mu Bitaro bya Rumonge aho yari yajyanwe kwivurirwa. Bivugwa ko aho yari arwariye muri ibi bitaro yari arinzwe nâabapolisi babiri, akaba yari yajyanwe kuhavurirwa ku […]
U Rwanda narwo ruvugwaho kumviriza Abanyekongo barimo Mende rukoresheje Pegasus
Nyuma yâamakuru yasakaye hirya no hino kuri uyu wa Mbere ashinja ikigo cyo muri Israel, NSO Group gukoresha software yacyo ya Pegasus mu kwinjira no kuneka ibivugirwa kuri telephone zâabantu mu bihugu bitandukanye birimo nâu Rwanda, ikigo OCCRP (Organized Crime and Corruption Reporting Project) nacyo cyashinje u Rwanda gukoresha iyi software mu kumviriza Abanyekongo barimo […]
RIB confirme l’arrestation du directeur de “One Stop Center” de la ville de Kigali
Le Bureau d’enquĂȘte du Rwanda (RIB) a confirmĂ© l’arrestation de Benon Rukundo, le directeur de “One Stop Center” de la ville de Kigali pour avoir omis de justifier sa fortune et ses abus de pouvoir. Rukundo, 34 ans, a Ă©galement Ă©tĂ© directeur par intĂ©rim de l’urbanisme de la ville de Kigali. Selon Thierry Murangira, le […]
RIB yataye muri yombi ushinzwe imyubakire mu Mujyi wa Kigali
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwemeje ifatwa rya Benon Rukundo, umuyobozi ushinzwe serivisi z’ubutaka (One Stop Centre) mu Mujyi wa Kigali kubera ko atashoboye kwerekana inkomoko y’ubutunzi bwe no gukoresha nabi umwanya we. Rukundo w’imyaka 34 y’amavuko kandi yari umuyobozi w’agateganyo ushinzwe imyubakire mu Mujyi wa Kigali. Nkâuko byatangajwe na Thierry Murangira, umuvugizi wa RIB, Rukundo […]
Imodoka ya mbere ihenze ku Isi iragura miliyari zisaga 70, dore 15 za mbere zihenze

Imodoka ya mbere ihenze ku isi muri uyu mwaka wa 2021 ku isoko iragura miliyari zisaga 70 zâAmanyarwanda, ari yo 1963 Ferrari 250 GTO, igura miliyoni 70 zâAmadolari, mu gihe iyiyigwa mu ntege kuri uru rutonde rwâimodoka 15 zihenze dukesha Luxe Digital, ari Bugatti La Voiture Noire igura miliyari zisaga 18 zâAmanyarwanda, ku mwanya wa […]
Ifoto itangaje yâumufasha wa Perezida wâu Burundi, Angeline Ndayishimiye, byinshi ku buzima bwe

Hari abantu bakomeye mu buyobozi bwa buri munsi bwâibihugu byabo, icyakora ntabwo ari kenshi uzumva ubuzima bwabo nâubuhanga bwabo. Aba ni abafasha bâabaperezida, bamwe muri bo bakaba ari abanyapolitiki nâabarwanashyaka bagiye bafatanya mu ngendo za politiki na bagenzi babo kugeza igihe bageze ku butegetsi. Ni muri urwo rwego BBC muri iki cyumweru yatangije urukurikirane rw’inkuru […]
Ibihugu 10 bifite amahoro nâibihugu 10 bidatekanye ku Isi ku rutonde rwa GPI

Icyegeranyo cya Global Peace Index (GPI) cyasohowe muri Kamena 2021 cyâibihugu bifite amahoro ku Isi, ni icya 15 gishyira ku rutonde ibihugu 163 ku Isi hakurikijwe urwego rwâamahoro. Afurika ifite ibihugu bitanu ku rutonde rwâibihugu 10 byiganjemo amakimbirane nâumutekano mucye ku Isi. Kuri uru rutonde wakwita urwâumukara, hagaragaraho ibihugu nka Afghanistan, Yemen, Syria, Sudani y’Epfo […]
RDC: Haravugwa umushinga wâitegeko rishobora gukumira Moise Katumbi mu matora yo mu 2023
Muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, haracyari umwuka mubi hagati yâabashyigikiye Katumbi nâabashyigikiye Perezida Felix Tshisekedi nyuma yâumushinga wâitegeko ryerekeye Ubunyekongo cyangwa ” congolitĂ© ” mu Gifaransa, rishobora kubuza kwinjira mu biro bya perezida nâindi mirimo ya leta, abantu badafite ba se na ba nyina bâAbanyekongo. Ni umushinga wamaganwa cyane cyane nâishyaka rya Moise Katumbi, […]
Minisitiri Gatabazi yijeje ko nta muturage uzasonza muri ibi bihe bya Guma mu rugo

Minisitiri wâubutegetsi bwâigihugu, Jean-Marie Vianney Gatabazi, yijeje abaturage ko hari ibiribwa bihagije ku baturage ba Kigali nâuturere umunani turi muri Guma mu rugo, avuga ko nta n’umwe uzasonza kubera gufunga. Ibi byavuzwe kuri iki Cyumweru, itariki ya 18 Nyakanga mu kigo cyâigihugu gishinzwe ingamba mu Karere ka Kicukiro. Yatanze ibisobanuro mbere yo gukwirakwiza ibiribwa ku […]
U Burusiya: Umuyobozi w’umujyi mu bantu 28 baguye mu mpanuka y’indege
Indege yari irimo abantu 28 kuri uyu wa Kabiri yakoreye impanuka mu burasirazuba bwâu Burusiya nkâuko byatangajwe nâabayobozi bavuganye nâitangazamakuru mu gihe umuntu umwe warokotse ataraboneka. Iyi ndege yo mu bwoko bwa Antonov An-26, yari mu rugndo iturutse mu murwa mukuru wa Petropavlovsk-Kamchatsky igana ahitwa Palana, igiturage giherereye mu majyaruguru yâumwigimbakirwa wa Kamchatka ubwo yaburaga […]