Nyaruguru: Umuyobozi w’Ikigo Nderabuzima cya Maraba yatawe muri yombi

Uwitwa Nyiraneza Rose wari Umuyobozi w’Ikigonderabuzima cya Maraba, mu Karere ka Nyaruguru ari mu maboko y’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, aho akekwaho kunyereza umutungo w’Ikigo nderabuzima yayoboraga mbere. Umuyobozi w’Akarere ka Nyaruguru, Habitegeko Francois, abinyujije ku rukuta rwe rwa twitter, yatangaje ko ubuyobozi bw’akarere ari bwo bwashyikirije RIB uyu muforomo. Avuga ko Nyiraneza Rose yafashwe nyuma […]

Uganda: Uruhinja rwari rwatabwe ari ruzima basanze rugihumeka

Abaturage bo mu mudugudu wa Gakoro, mu Mujyi wa Bunagana, ho mu Karere ka Kisoro muri Uganda babyukiye mu kumiro kuri uyu wa Kabiri ubwo babonaga uruhinja rwari rwashyinguwe ari ruzima rugihumeka. Uru ruhinja rw’umukobwa, bikekwa ko rumaze hafi ukwezi ruvutse rwabonwe n’umuturage witwa Jovia Nyiranone, wari ugiye mu murima we. Nyiranone avuga ko yageze […]

Kivu y’Amajyepfo: Abantu batamenyekanye bagabye igitero ku kigo cya Monusco

Ikigo cya gisirikare cya Monusco giherereye ahitwa Baraka muri Teritwari ya Fizi, kuri uyu wa Mbere, itariki 08 Werurwe, cyagabweho igitero n’abantu bitwaje intwaro. Nk’uko byatangajwe n’abayobozi b’ibanze, inyeshyamba zitamenyekanye zateye iki kigo cya gisirikare cya Monusco saa moya z’ijoro zirasa amasasu menshi. Aba bongeyeho ko hataramenyekana neza icyihishe inyuma y’iki gitero kitagize umuntu gihitana […]

Meghan Markle yibasiwe bikomeye na mukuru we nyuma y’ikiganiro na Oprah Winfrey

1231537336.0.jpg

Samantha Markle, mukuru wa Meghan Markle, umugore w’Igikomangoma Harry cyo mu Bwongereza, yibasiye uyu murumuna we avuga ko afite ikibazo cyangwa uburwayi bwa “narcissistic personality disorder”, aho usanga umuntu ufite iki kibazo arangwa no kumva ari we w’ingenzi wenyine yumva yakwitabwaho kurusha abandi, mu gihe avuga ko umugabo we Harry nawe afite ikibazo cya “Stockholm […]

USA: Ku munsi wabo, abagore babiri bazamuwe mu buyobozi bwo hejuru mu gisirikare

general-jacqueline-d.-van-ovost.jpg

Perezida Joe Biden wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika kuri uyu wa Mbere, itariki 08 Werurwe, ubwo Isi yose yizihizaga Umunsi w’Abagore, yagennye abagore babiri mu buyobozi bw’ingabo z’Amerika, akaba ari umugore wa kabiri n’uwa gatatu bageze mu myanya yo hejuru mu ngabo z’iki gihugu. General Jacqueline Van Ovost wo mu gisirikare cyo mu kirere […]

Uruzi rwa Rusizi rushobora guteza umwuka mubi hagati y’u Burundi na RDC

Uruzi rwa Rusizi rutandukanya u Burundi na Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo biravugwa ko rwataye inzira ku ruhande rw’Intara ya Cibitoke mu Burundi, aho abaturage bavuga ko byatumye babura imirima yabo bahingagamo iri kuri hegitari zigera mu 100 kuko yimukiye ku ruhande rwa Congo bakaba basaba abategetsi gukemura iki kibazo gishobora guteza umwuka mubi hagati […]

Museveni yahishuye ko abasaga 50 baburiwe irengero bafunzwe n’umutwe ushinzwe kumurinda

Abantu byibuze 51 imiryango yabo yavugaga ko baburiwe irengero bari muri kasho z’Umutwe ushinzwe kurinda umukuru w’igihugu muri Uganda (SFC), nk’uko byahishuwe na Perezida Museveni. Mu ibaruwa yo kuwa 23 Gashyantare, perezidansi ya Uganda yoherereje ikinyamakuru Daily Monitor kuri iki Cyumweru, Perezida Museveni, ari nawe mugaba w’ikirenga w’ingabo, yavuze ko abo bantu bafunze bashutswe n’udutsiko […]

Ibihugu 11 bya Afurika birimo u Rwanda byagezemo ubundi bwoko bwa Covid-19

Ikigo cya Afurika gishinzwe kurwanya no gukumira indwara (Africa CDC) cyatangaje ko ibihugu 11 byo muri Afurika birimo u Rwanda byemeje ko bimaze kugaragaramo ubundi bwoko bwa Covid-19 buzwi nka 501Y.V2 COVID-19. Ibihugu 11 byo muri Afurika byatangaje ko hari ubwoko bwa 501Y.V2 ni Botswana, Comoros, Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (DRC), Gambia, Ghana, Kenya, […]

ICC: Hategerejwe icyemezo ku kwishyura indishyi abakorewe ibyaha na Gen.Ntaganda

Kuri uyu wa Mbere, itariki 08 Werurwe abacamanza bo mu Rukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha barashyira ahagaragara icyemezo cy’indishyi ku bagizweho ingaruka n’ibyaha byakozwe na Bosco Ntaganda, wahoze ari umuyobozi w’inyeshyamba mu Ntara ya Ituri, mu burasirazuba bwa Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo. Urubanza rwa Bosco Ntaganda rwatangiye muri Nzeri 2015, mu Ugushyingo 2019 akatirwa igifungo cy’imyaka […]

Ibihugu 10 bya mbere biteye imbere muri demokarasi muri Afurika

Demokarasi ni uburyo bw’imiyoborere buri kugeragezwa mu bihugu byinshi bya Afurika. Icyakora, demokarasi ishingiye ku bintu nk’ubwisanzure bw’abaturage, imikorere ya guverinoma, uruhare rwa politiki, umuco wa politiki, inzira y’amatora n’ubwiganze. Ibihugu rero bishyirwa ku rutonde hakurikijwe ubwoko butandukanye bwa demokarasi. Dore ibihugu 10 biteye imbere muri demokarasi muri Afurika 10. Madagascar Repubulika ya Madagascar ifata […]

Muhanga: Uwishe umugore we amukubise isuka mu mutwe yakatiwe urumukwiye

Mu mpera z’icyumweru gishize Urukiko rwisumbuye rwa Muhanga rwakatiye igihano cy’igifungo cya burundu umugabo witwa Ntigurirwa Daniel wari ukurikiranyweho icyaha cyo kwica umuntu biturutse ku bushake. Uyu mugabo akaba yarishe umugore we amuhondaguye isuka mu mutwe. Ni icyaha cyakozwe saa munani z’ijoro ku itariki 04 Gashyantare ubwo Ntigurirwa Daniel wo mu Mudugudu wa Nyabubare, Akagari […]

Hamenyekanye ko François Bozizé ari we Muhuzabikorwa Mukuru w’inyeshyamba za CPC

Muri Repubulika ya Centrafrique, ingabo zikomeje gutera imbere ku butaka zirwanya ihuriro ry’imitwe y’inyeshyamba irwanya ubutegetsi, CPC, zifashijwe n’ingabo z’u Rwanda n’Abarusiya. Iri huriro ryavutse kuwa 15 Ukuboza, ritangiye kumenyekana neza kurushaho. RFI yashoboye gusuzuma inyandiko zemeza ko François BozizĂ© aherutse kwemera kuba umuhuzabikorwa w’iri huriro vuba aha. Nyuma y’amezi atatu rishinzwe, ku ya 15 […]

VIDEO: Yogoshe Perezida Kagame, Rwigema, ndetse na Pasteur Bizimungu, ubu arasaba inkunga

Me Kenyatta wogoshe abanyacyubahiro batandukanye mu gihugu kuva kuri Pasteur Bizimungu, Rwigema, kugeza kuri Perezida wa Repubulika, Paul Kagame n’umuryango we, arasaba abamuzi kumutera inkunga nawe akazagira amasaziro meza, aho yifuza kugira inzu y’ubwogoshero ye akikorera. Ibi yabitangaje mu kiganiro na Bwiza TV ubwo yasuraga abakora umwuga wo kogosha mu Mujyi wa Kigali, aho uyu […]

Australia: Urukingo rwa AstraZeneca rwahagaritswe nyuma y’aho umuntu apfuye

Abayobozi ba Australia bahagaritse ikoreshwa ry’urukingo rwa Covid-19 rwa AstraZeneca mu gihe hakomeje iperereza ku rupfu rw’umuntu wapfuye amaze kuruhabwa n’undi warembye nyuma yo kuruhabwa nk’uko byatangajwe kuri iki Cyumweru n’Ibiro Ntaramakuru byo muri iki gihugu. “Ibiro bikuru bishinzwe umutekano mu by’ubuvuzi (BASG) byakiriye raporo ebyiri zifitanye isano no gukingiza uru rukingo rwa AstraZeneca mu […]

Yavuye muri coma yakirizwa inkuru y’uko agomba gufungwa

Nyuma yo kumara amezi 7 muri coma, umugabo w muri Australia yakangutse bamwakiriza inkuru y’uko agomba gufungwa azira ubwicanyi, aho bamwe bibaza niba gusohoka muri coma mu by’ukuri hari icyo byamumariye. Iyi nkuru dukesha Afrikbuzz ivuga ko uyu hashize ibyumweru uyu mugabo wo muri Australia avuye muri coma yari amazemo amezi arindwi. Ariko mu gukanguka, […]

Hafashwe toni zigera muri 20 z’urumogi zifite agaciro ka miliyari 20

Toni 17 z’urumogi zifite agaciro ku isoko ka miliyari 20 z’Amafaranga akoreshwa mu burengerazuba bwa Afurika, FCFA (miliyoni 30.4 z’amayero) zari zivuye muri Liban, zinyuze ku cyambu cya LomĂ©, muri Togo zafashwe n’ubuyobozi bwa Niger, akaba ari agahigo kaciwe kuko ari ubwa mbere hafashwe ibiyobyabwenge bingana gutya muri iki gihugu. Minisitiri w’umutekano muri Niger, Alkache […]

Bugesera: Depite Zacharopoulou wazanye na Mushikiwabo mu Rwanda mu bakingiye abaturage

ev3loy5xiaupcqe.jpg

Ari kumwe na Perezida w’Akanama k’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi, Charles Michel, umudepite mu nteko ishinga amategeko ya E.U.,Chrysoula Zacharopoulou, bazanye mu ruzinduko mu Rwanda, Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Ibihugu bivuga Igifaransa, OIF, Louise Mushikiwabo, basuye Ikigo Nderabuzima cya Mayange, mu Karere ka Bugesera bakurikirana uko igikorwa cyo gukingira Covid-19 kirimo kugenda. Aba bashyitsi bose biboneye abakora […]

Ibibazo Sonia Rolland yahuye nabyo akigera mu Bufaransa ahunze Jenoside yakorewe Abatutsi

tropiques-criminels-france-2-sonia-rolland-sur-le-tournage-j-ai-attrape-la-dengue.jpg

Umunyarwandakazi Sonia Rolland ufite ubwenegihugu bw’u Bufaransa, igihugu yabereye Nyampinga mu 2000, aravuga ko akimukira mu Bufaransa n’ababyeyi be nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994, hari ibibazo abana bigaga ku kigo yahise ajyanwaho kwiga bamubajije ibibazo bitandukanye birimo no kumenya niba baravuye mu Rwanda yarabaga muri nyakatsi kuko bari barishyizemo ko Abanyafurika baba […]

Injangwe yatumye indege yari ivuye Khartoum ijya Qatar igwa igitaraganya

Injangwe iherutse guteza ikibazo mu indege yari ivuye I Khartoum muri Sudani yerekeza muri Qatar biba ngombwa ko indege imanuka igitaraganya. Ni nyuma y’aho iyi njangwe yari imaze kwinjira aho abapilote baba bicaye ndetse igashaka kuruma umupilote. Nyuma yo kunanirwa guturisha iyi njangwe, hafashwe icyemezo cyo kumanura indege byihuse nk’uko byatangajwe n’ikinyamakuru Al-Sudani cyo muri […]

Ibihugu 25 bifite ubwenge bwinshi kurusha ibindi ku Isi

download-13.jpg

Isosiyete yo mu Bwongereza yagerageje gusobanura urutonde rw’ibihugu “bifite ubwenge” cyangwa bifite abanyabwenge benshi kurusha ibindi ku Isi. Kugirango ibigereho, yashingiye gusa ku bipimo bya siyansi. Iyi sosiyete yitwa Vouchercloud yazirikanye ibintu bitatu,nk’uko byatangajwe na CNews: umubare w’ibihembo byitiriwe Nobel byatwawe, impuzandengo y’ubwenge (I.Q.) imyaka y’abaturage (hagendewe ku makuru ya 2012) n’urwego rw’amashuri rw’abanyeshuri (amakuru […]

VIDEO: Abayobozi muri ADEPR bakurikiranweho gukorana n’umutwe w’iterabwoba

Amakuru agera kuri Bwiza.com yanagaragaye ahantu hatandukanye kuri uyu wa Gatandatu aravuga ko abahoze ari abayobozi muri ADEPR barimo n’ukiri umuyobozi witwa AurĂ©lie Umuhoza usanzwe ushinzwe ubukungu, imari n’imishinga muri iri torero, bakurikiranweho n’ubugenzacyaha gukorana n’umutwe w’iterabwoba utavuzwe izina. Aya makuru yemejwe n’Umuvugizi w’Ubushinjacyaha, Faustin Nkusi, wemeza ko Umuhoza adakurikiranwe wenyine ahubwo ari kumwe n’abandi […]

Ingabo za Eritrea zirashinjwa kwica Abanya-Tigray amagana

Umuryango Mpuzamahanga uharanira Uburenganzira bwa Muntu, Human Rights Watch uremeza ko ingabo za Eritrea mu Ugushyingo umwaka ushize zishe amagana y’abaturage bo mu Ntara ya Tigray mu majyaruguru ya Ethiopia. Raporo ya HRW yasohowe kuri uyu wa Gatanu, itariki 05 Werurwe yari ubusesenguzi bwa kabiri bwagutse ku bikorwa by’ubugizi bwa nabi byakozwe n’ingabo za Eritrea […]

Urugomo n’ubwicanyi byakorewe Abatutsi mu 1973 mu makomine ya Ntongwe, Masango, Runda na Kayenzi

Nk’uko bisobanurwa n’ubushakashatsi Komisiyo y’Igihugu yo Kurwanya Jenoside (CNLG) yakoze ku mateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi muyahoze ari Perefegitura ya Gitarama ubwicanyi n’ibikorwa by’urugomo byibasiye Abatutsi mu 1973 byakozwe guhera mu mpera za Gashyantare 1973. Umugambi w’abateguye ibyo bikorwa bibi kwari ukwibasira Abatutsi bose bahereye ku bari mu mashuri no mu kazi. Abayobozi bakuru ba […]

Afurika y’Epfo yateye utwatsi amabwiriza mashya y’imikoreshereze WhatApp ishaka kuzana

Igihugu cya Afurika y’Epfo ari nacyo cya mbere giteye imbere ku mugabane wa Afurika cyanze kuzubahiriza amabwiriza mashya yashyizweho na sosiyete itanga serivisi zo kohererezanya ubutumwa izwi nka WhatsApp. Abategetsi bo muri Afurika y’Epfo bavuze ko batemeranya n’imishinga WhatsApp ifite yo guhindura amabwiriza ajyanye no guhisha amakuru y’umuntu ikajya iyasangiza sosiyete mukuru wayo ya Facebook, […]

Abakorana na sosiyete y’ubucuruzi yitwa Health People Group (HPG) baburiwe

Abakorana na sosiyete “Health People Group” (HPG) mu bijyanye n’ubwishingizi bwo kwivuza baraburirwa na Banki Nkuru y’Igihugu (BNR) ivuga ko iyi sosiyete itabifitiye uburenganzira, kubw’ibyo uzahura n’ingaruka azabyimenyera. BNR ivuga ko nk’urwego rugenzura umurimo w’ubwishingizi, ifite amakuru agaragaza ko iriya sosiyete y’ubucuruzi ya HPG yitwara nk’aho icuruza ubwishingizi by’umwihariko ubwo kwivuza ndetse n’izindi serivisi z’ubwishingizi […]

Covid-19 au Rwanda: La vaccination démarre dans tout le pays

Le Rwanda a lancĂ© la vaccination contre le COVID-19 auprès des catĂ©gories Ă  haut risque, notamment le personnel mĂ©dical, les dirigeants locaux et les chefs religieux, entre autres. Le pays, le 3 mars, a reçu plus de 300 000 doses de vaccins COVID-19 de l’initiative COVAX qui a Ă©tĂ© lancĂ©e par l’Organisation mondiale de la […]

Nyarugenge: Isomwa ry’urubanza rw’abashinjwa guhombya leta agera muli miliyari 2 ryasubitswe

Urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge rwimuriye ku ya 19 Werurwe icyemezo cy’urukiko mu rubanza ku manyanga mu itangwa ry’amasoko ya leta ruregwamo Caleb Rwamuganza, wahoze ari umunyamabanga uhoraho muri minisiteri y’imari n’abandi bayobozi bakuru muri guverinoma. Uru rubanza rwashyikirijwe urukiko kuva hagati mu mwaka ushize, Rwamuganza na bagenzi be baregwa ibyaha bitandukanye bijyanye no gucunga nabi […]

Abasirikare ba Turkiya barimo umujenerali baguye mu mpanuka ya kajugujugu

Abasirikare 11 ba Turkiya barimo umusirikare mukuru ufite ipeti rya general kuri uyu wa Kane, itariki 04 Werurwe baguye mu mpanuka ya kajugujugu bari barimo yabereye mu burasirazuba bushyira amajyepfo y’igihugu. Minisiteri y’ingabo ya Turkiya yabanje kuvuga ko abasirikare 9 ari bo bapfuye abandi bane bagakomereka, nyuma itangaza ko abandi babiri nabo bishwe n’ibikomere. General […]

Ubu ndi umuntu ufashwe bugwate wambuwe uburenganzira bwe bwa muntu – Rusesabagina

“Nabaye umunyago mfatwa bugwate. Ubungubu ndi umuntu ufashwe bugwate washimuswe afatwa bugwate wambuwe uburenganzira bwe bwose bwa muntu, ” aya ni amagambo yavuzwe na Paul Rusesabagina kuri uyu wa Gatanu, itariki 05 Werurwe 2021, ubwo we n’umwunganira bagaragarizaga urukiko inzitizi zituma adashobora gutangira kuburana mu mizi nk’uko yari yazigejeje ku rukiko mu nyandiko. Me Rudakemwa […]

Abimukira byibuze 80 baroshywe mu nyanja bamwe barapfa

Abimukira byibuze 20 baroshywe mu nyanja ubwo bageragezaga kwambuka hagati ya Djibuti na Yemen nk’uko byatangajwe kuri uyu wa Kane n’Umuryango Mpuzamahanga ushinzwe kurengera Abimukira (IOM). Abarokotse babwiye IOM ko byibuze abimukira 200, barimo abana bari bapakiwe mu bwato ubwo bwahagurukaga ahitwa Oulebi muri Djibuti mu masaha ya kare yo kuwa Gatatu bagiye muri Yemen […]

Abarusha abandi ibyago bya kwandura Covid-19 batangiye gukingirwa

evs6emxxmaev-fp.jpg

Nyuma y’umunsi umwe doze za mbere z’inkingo za Covid-19 zigejejwe mu Rwanda, kuri uyu wa Gatanu mu bitaro hirya no hino mu gihugu hatangiye ibikorwa byo gukingira ku mugaragaro. Minisiteri y’ubuzima yatangaje ko igikorwa cyo gukingira Covid-19 mu Rwanda cyatangiye mu turere twose. Ibitaro by’utururere ndetse n’ibigo nderabuzima birimo gukingira ibyiciro by’abarusha abandi ibyago byo […]

Covid-19: Le Rwanda reçoit les premiers vaccins du programme Covax

Le Rwanda a reçu, ce mercredi le 3 Mars, ses premiers vaccins contre le Covid-19 , du programme mondial de partage de vaccins de l’Organisation mondiale de la santĂ© (OMS), Covax. Selon le ministère de la SantĂ©, un vol transportant 240 000 doses du vaccin AstraZeneca / Oxford produit par le Serum Institute of India […]

Bimwe mu bintu bidasanzwe bishobora kuba bihishe i Vatican

jesus-emoji.jpg

I Vatican ni ahantu havugwaho amayobera n’ibihuha byinshi ku bintu byaba bihishe mu ishyinguranyandiko zaho, akaba ari muri urwo rwego tugiye kubagezaho bimwe mu bintu bidasanzwe bivugwa bishobora kuba bihahishe nk’uko tubikesha urubuga Toptenz.net. Icyemeza ko Yesu yaba yarabayeho cyangwa atabayeho Abantu benshi bizera ko Yesu Kristo w’I Nazareti yabayeho ariko hari n’abandi batabyemera. Gusa, […]

RDC: Iyicwa rya Ambasaderi rizatwara imyaka 2 ngo ba mukerarugendo basubizwe icyizere

Umwe mu bayobozi mu Kigo cy’Igihugu gishinzwe kubungabunga ibidukikije muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo aravuga ko kugirango ubukerarugendo bwongere kubura umutwe muri Pariki ya Virunga bizasaba nk’imyaka ibiri kubera iyicwa rya Ambasaderi w’u Butaliyani, Luca Attanasio. Mu gihe biteganyijwe ko ibikorwa by’ubukerarugendo muri Pariki ya Virunga biteganyijwe ko bizasubukurwa ku itariki ya 01 Mata, […]

Âľ bya firigo zikoreshwa mu Rwanda zirashaje cyane kandi zangiza ibidukikije – REMA

Muri firigo 87,512 zikoreshwa mu Rwanda izisaga ibihumbi 60 (75%) zishaje cyane ku buryo zikoresha amashanyarazi y’umurengera kandi zangiza ibidukikijenk’uko byatangajwe n’Ikigo cy’igihugu cyo kurengera ibidukikije, REMA, kivuga ko ari yo mpamvu gikangurira Abaturarwanda kureka ibyo bikoresho ahubwo bagakoresha ibizigama umuriro. Umuyobozi Mukuru wa REMA, Juliet Kabera, avuga ko, gutunga firigo ifasha kubika neza ibintu […]

Umutoza Johnathan McKinstry wa Uganda Cranes yahagaritswe

Umutoza Jonny McKinstry yahagaritswe ku mirimo ye nk’umutoza wa Uganda Cranes, mu gihe kitageze ku myaka ibiri asimbuye kuri aka kazi Umufaransa Sebastian Desabre. Mu magambo make, Fufa yasabye uyu Munya-Irlande y’Amajyaruguru “kujya ku ruhande” hasigaye ibyumweru bike ngo ikipe y’igihugu isubire mu majonjora yo guhatanira itike yo kuzakina Igikombe cya Afurika mu mukino uzayihuza […]

Les dĂ©putĂ©s demandent au gouvernement d’accĂ©lĂ©rer la mise Ă  niveau des rĂ©serves de pĂ©trole

Le Parlement a demandĂ© au ministère des Infrastructures de montrer la feuille de route pour la rĂ©habilitation des installations de stockage des rĂ©serves stratĂ©giques de pĂ©trole de Bigogwe dans le district de Nyabihu et de Rwabuye dans le district de Huye. L’appel est l’une des dernières poussĂ©es des lĂ©gislateurs pour augmenter les rĂ©serves de pĂ©trole […]

Musanze: Yishe abantu babiri barimo umwana wari uhetswe abateye icyuma ahita abura

Kuri iki Cyumweru gishize mu Karere ka Musanze umusore yishe ateye icyuma abantu babiri barimo umwana wari uhetswe na nyina yari amaze guhusha ahita aburirwa irengero. Ibi byabaye ahagana mu ma saa tatu z’ijoro ryo ku itariki 28 Gashyantare 2021, ubwo abantu babiri batewe icyuma, umwe agahita apfa undi agapfira mu bitaro bikuru bya Ruhengeri […]

Abakirisitu barohamye mu ruzi bari kubatizwa umupasiteri atabwa muri yombi

Kuri iki cyumweru gishize, itariki ya 28 Gashyantare 2021, abakirisitu ba rimwe mu matorero yo muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo babonye ibyago ubwo bagenzi babo batatu bari mu muhango wo kubatizwa batwarwaga n’amazi bakaburirwa irengero bikarangira umupasiteri wahabajyanye atabwa muri yombi. Umuhango wo kubatiza wari wateguwe wahise uhinduka inzozi mbi ku Cyumweru, ubwo abakiristu […]

Gasabo: Uwanize umugore we kugeza amwishe yakatiwe igihano kiruta ibindi

Umugabo wo mu Karere ka Gasabo wishe umugore we amunize mu mpera z’icyumweru gishize yakatiwe igihano cy’igifungo cya burundu nk’uko yari yagisabiwe n’ubushinjacyaha. Urukiko rwisumbuye rwa Gasabo rwatanze iki gihano ubwo rwasomaga urubanza Ubushinjacyaha bwaregagamo Hategekimana Thomas w’imyaka 31 y’amavuko icyaha cy’ubwicanyi buturutse ku bushake yakoreye umugore we amunize kugeza ashizemo umwuka. Ni icyaha cyakozwe […]

Facebook yahaye gasopo Dr Stella Nyanzi kubera kwibasira Bobi Wine

Urubuga Nkoranyambaga rwa facebook rwihanije impirimbanyi y’Umugandekazi, Dr Stella Nyanzi kubera amagambo akoresha kuri uru rubuga. Uyu mugore wahoze ari umwarimu muri Kaminuza ya Makerere mu gihugu cya Uganda akaba aherutse guhungira muri Kenya avuga ko ubuzima bwe buri mu kaga, aravuga ko ameze neza nubwo yahawe gasopo. Yavuze ko agiye no kwandika igitabo, aho […]

Abanyarwanda bagomba kubona amakuru, nibabona atari yo bazahindukirana leta – Umunyamakuru Mugabe

“Abanyarwanda bagomba kubona amakuru. Kandi Leta nikomeza kwanga gutera inkunga itangazamakuru abaturage bazabona amakuru atari yo, nibabona amakuru atariyo bazahindukirana leta,” aya ni amagambo y’umunyamakuru Robert Mugabe wemeza ko muri iki gihe imbuga nkoranyambaga zikoreshwa cyane abaturage bafite ibyago byo guhabwa amakuru n’abantu batari abanyamwuga babaha ibinyoma n’amakuru rutwitsi. Umunyamakuru Robert Mugabe aravuga ko ukurikije […]

Kagame rejoint le ‘Giants Club’ pour stimuler les investissements dans l’Ă©conomie de la faune

Le prĂ©sident Paul Kagame est dĂ©sormais le sixième chef d’État africain Ă  rejoindre le “Giants Club” après avoir signĂ© la dĂ©claration du forum, renforçant ainsi l’engagement du Rwanda Ă  protĂ©ger l’habitat de la faune tout en dĂ©gageant une plus grande valeur des entreprises fondĂ©es sur la nature. Le prĂ©sident Kagame a Ă©galement tenu une rĂ©union […]

Rwanda-Uganda: Nyuma y’imyaka 2 imipaka ifunze icyizere cyo gufungurwa kimaze kuyoyoka

Imipaka y’u Rwanda na Uganda muri Gatuna na Cyanika mu Turere ntirafungurwa nyuma y’imyaka hafi ibiri u Rwanda rufashe icyemezo cyo kuyifunga ku itariki 27 Gashyantare 2019, abaturage ba Uganda mu Turere twa Kabale na Kisoro baravuga ko ibi byabateje igihombo gikomeye kandi bamaze guta icyizere cy’uko iyi mipaka yafungurwa vuba. U Rwanda rwafashe icyemezo […]

Abategetsi 10 batazibagirana mu mateka y’Isi bakoze ibyiza cyangwa ibibi

hitler-at-dortmund-rally.jpg

Ku Isi hagiye habaho abategetsi b’ibihangange mu mateka. Bamwe bigaruriye Isi, bamwe babasha kurangiza ubugizi bwa nabi bashyira ibihugu byabo mu bihe by’amahoro n’ituze, abandi babasha guhindura ibihugu byabo ndetse n’Isi muri rusange. Dore abayobozi bakoze ibintu bidasanzwe mu mateka 10- Adolf Hitler Uyu mugabo washinze ishyaka rya NAZI niwe uri inyuma wa Jenoside yakorewe […]

Ghana: Umupasiteri yapfuye arimo kubwiriza

Umupasiteri wo mu gihugu cya Ghana aherutse gupfa arimo kubwiriza Abakirisitu bayoberwa ibyo ari byo mbere yo kuvumbura ko yamaze gupfa. Video yakwirakwijwe mu cyumweru gishize, igaragaza uyu mupasiteri ukiri muto wambaye ishati y’umweru n’ipantalo y’umukara, arimo kubwiriza mu rusengero nk’uko tubkesha urubuga mynewsghana.net rwo muri iki gihugu. Mu kubwiriza, agira atya akerekeza mu yindi […]

Yahambwe ari muzima azira kwica abantu bo mu muryango we – Video

Umusore wo muri Repubulika ya Congo yashyinguwe ari muzima azira kwica abantu 9 bo mu muryango we mu gace ka Lekoumou abatambyemo igitambo. Uyu musore wari mu kigero cy’imyaka 30 yatanze abantu bo mu muryango we mu mwaka ushize nyuma yo kugirana amasezerano n’umupfumu. Icyo yifuzaga ni ukuba impuguke mu buvuzi gakondo. Byamusabaga rero gutamba […]

Impamvu niyemeje kurwanya akarengane ni uko nanjye narenganye – Umunyamakuru Niyonambaza

Umunyamakuru Asumani Niyonambaza washinze ikinyamakuru Rugari avuga imwe mu mpamvu yatumye ashinga iki kinyamakuru yari ukugirango agihe umurongo wo kurwanya akarengane kubera ko ngo nawe yarenganye yitwa Interahamwe n’umwicanyi. Asumani Niyonambaza amaze igihe kirekire mu itangazamakuru ryo mu Rwanda, kuko arimazemo imyaka isaga 20 ariko akaba amaze imyaka 16 ashinze ikinyamakuru Rugari. Mu kiganiro yagiranye […]

Abanyarwanda babiri binjijwe mu rukiko rw’Umuryango wa EAC

Mu nama y’abakuru b’ibihugu bigize Umuryango wa EAC yabaye kandi yatumijwe na Perezida Paul Kagame, nk’umuyobozi ucyuye igihe muri iyo kuri uyu wa Gatandatu ushize, itariki ya 27 Gashyantare, Abanyarwanda Richard Muhumuza na Anita Mugeni bahawe imyanya mu Rukiko rw’Ubutabera rw’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, EACJ. Richard Muhumuza mu rugereko rw’ibanze rwa EACJ mu gihe Anita […]

Dr Agnes Binagwaho mu Banyafurikakazi 10 bari guhesha ishema Afurika

ngozi_okonjo-iweala.jpg

Abenshi muri aba bagore ni abarwana batitaye ku ishusho iri mu mitwe y’Abanyafurika benshi y’uko abagore akamaro kabo ari ukubyara no kuba mu rugo, ariko kuri iyi nshuro turabagezaho urutonde rw’abagore 10 bari guhesha ishema Afurika nk’uko tubikesha Afrikbuzz.com. 10 – Ngozi Okonjo-Iweala Uyu mugore ukomoka muri Nigeria niwe Munyafurikaka wa mbere watorewe kuyobora Umuryango […]

Leta ya Afurika y’Epfo yabuze icyo ivuga ku iyicwa ry’uwari umuhuzabikorwa wa RNC

Guverinoma ya Afurika y’Epfo yabuze ibisobanuro itanga ku rupfu rw’Umunyarwanda, Seif Bamporiki wari mu bayobozi bakuru ba RNC muri iki gihugu, aho kugeza n’ubu bavuga ko batazi icyo babikoraho. Umwe mu bayobozi bakuru muri Afurika y’Epfo ati “Ntituramenya icyo twabikoraho. Polisi ntacyo iratubwira kubw’ibyo ntitubizi.” Seif Bamporiki wari Umuhuzabikorwa wa RNC muri Afurika y’Epfo, yishwe […]

USA: Umugore wa El Chapo wishyikirije ubutabera agiye kumena amabanga

gettyimages-1156029408.jpg

Umugore w’umucuruzi kabuhariwe w’ibiyobyabwenge, El Chapo, kuri ubu ufungiye muri muri Amerika, niwe wishyikirije ubuyobozi bwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika kuwa Kabiri ushize, ashaka kurinda abana be ndetse kuguma muri iki gihugu nawe akamena amabanga menshi y’umutwe w’abacuruzi b’ibiyobyabwenge wa Sinaloa Cartel wari ukuriwe n’umugabo we. Uyu mugore wa El Chapo Guzmán witwa Emma […]

Uwagize uruhare mu gushoza intambara zagiye zivugwa muri ADEPR yasabye imbabazi

“Imana ubundi ntabwo ijya irwanirirwa ariko twebwe twashyizemo intambara dushyiramo imbaraga zacu dushyiramo n’intambara z’umubiri…ariko nyuma nyine nagiye mbitekerezaho nkabireba, mu by’ukuri nkavuga ngo hari ikiza wenda cyabaye muri ibi bintu ariko ntibibujije ko hari n’amakosa yabibayemo, ” ibi ni ibyatangajwe na Jean Napoleon Mahoro, Umukiristu wa ADEPR akaba yarabaye n’umuririmbyi wemera ko yagize uruhare […]

Le Rwanda va utilise l’intelligence artificielle dans les prĂ©dictions de Covid-19

Le Rwanda devrait ĂŞtre le premier pays du continent africain Ă  utiliser l’intelligence artificielle (IA) pour prĂ©dire le fardeau du Covid-19 sur son territoire Ă  des pĂ©riodes particulières. Le vendredi 26 fĂ©vrier, le centre biomĂ©dical du rwanda (RBC), en collaboration avec l’UniversitĂ© du Rwanda (UR), a lancĂ© un projet de recherche visant Ă  tirer parti […]

Urwego rw’Umuvunyi rurahamagarira abaturage gusobanukirwa n’amategeko abarengera

dsc_0517.jpg

Mu bukangurambaga bwo gukumira no kurwanya akarengane na ruswa bwakozwe n’Urwego rw’Umuvunyi mu ntara y’amajyaruguru n’iy’Uburengerazuba kuva ku itariki 22 kugeza ku ya 25 Gashyantare 2021, mu kiganiro bagiriye kuri radiyo y’abaturage, Umuvunyi Mukuru, Madamu Nirere Madeleine, ari kumwe n’Umuyobozi w’Akarere ka Musanze, yahamagariye abaturage gutanga amakuru kuri ruswa n’akarengane ndetse bakanamenya amategeko abarengera kuko […]

RDC: FARDC yikomye FDLR ishinja gushaka kuyiteranya n’abaturage

Igisirikare cya Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, FARDC, cyamaganye ubutumwa kivuga ko buri gukwirakwizwa n’umutwe wa FDLR isebya bamwe mu basirikare bakuru bari mu bikorwa bya Sokola 2 muri Kivu y’Amajyaruguru. Izi nyeshyamba z’Abanyarwanda zimaze imyaka isaga 26 mu burasirazuba bwa Congo, zivuga ko bamwe mu bayobozi ba FARDC bakorana n’imitwe y’inyeshyamba iteza umutekano mucye […]

Zimbabwe: Abakora mu buvuzi bari gutinya gufata urukingo rwa Covid-19

Kuri uyu wa Gatanu, ihuriro ry’abaforomo muri Zimbabwe ryatangaje ko abakozi b’ubuvuzi banze gufata inkingo za Covid-19, bavuga ko nta bisobanuro bifatika byerekana niba zirinda ubwoko bw’iyi virusi bwagaragaye muri Afurika yepfo. Ku ya 18 Gashyantare, Zimbabwe yatangiye ibikorwa byo gukingira ikoresheje inkingo zakozwe n’ikigo Sinopharm cyo mu Bushinwa, iba igihugu cya mbere muri Afurika […]

Me Gashema arahakana ibivugwa ko Idamange atari we wamwihitiyemo ngo amwunganire

Me Gashema Felicien wunganira Idamange Iryamugwiza Yvone arahakana amakuru avuga ko uwo yunganira atari we wamwihitiyemo ahubwo hari abandi bamutumye kumuburanira. Idamange yamenyekane mu minsi ishize kubera amagambo yagiye atangariza ku muyoboro we wa Youtube yavugiyeho amagambo atarakiriwe neza n’abantu batandukanye barimo n’ubutegetsi bikamuviramo gutabwa muri yombi ku itariki 15 Gashyantare. Kuwa 22 Gashyantare nibwo […]