Kohereza abimukira mu Rwanda bishobora gutangira mu mpeshyi

Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza, Rishi Sunak, yavuze ko ingendo zo kohereza mu Rwanda impunzi zishobora gutangira vuba muri iyi mpeshyi, aho yakomeje avuga ko ibihumbi by’abimukira bashobora kwimurirwa mu Rwanda muri iyo gahunda . Minisitiri w’intebe yerekanye ko afite icyizere ko Guverinoma izakemura ibibazo by’amategeko kuri iyi gahunda byabujije indege iyo ari yo yose guhaguruka […]

Uganda: Sheria ya kupinga ushoga itapitishwa kwa gharama yoyote ile, anasema Spika

Spika wa Bunge la Uganda, Anita Among, amesema kuwa Mswada wa Kupinga Ushoga, 2023 utawasilishwa na kushughulikiwa haraka kwa ‘gharama yoyote ile’ . Bibi Among aliyasema hayo baada ya mbunifu wa Muswada huo, Bwana Asuman Basalirwa, kushindwa kuwasilisha Muswada huo kwa mara ya kwanza kusomwa jana kwa sababu Wizara ya Fedha haijampatia Hati ya Athari […]

Ukraine: Abacanshuro ba Wagner baremeza ko bigaruriye uburasirazuba bw’Umujyi wa Bakhmutka

Umutwe wa Wagner w’Abacaanshuro b’Abarusiya watangaje ko ugenzura “ibintu byose mu burasirazuba bw’umugezi wa Bakhmutka,” mu gihe perezidansi y’u Burusiya yateye utwatsi amakuru y’ibitangazamakuru byo muri Amerika ku bitero ku miyoboro ya gaz ya Nord Stream . Aba bacanshuro b’Abarusiya barigamba kugenzura byimazeyo igice cy’iburasirazuba bwa Bakhmut, nyuma y’amezi menshi y’imirwano ikaze muri uyu mujyi, […]

Itegeko rigena imikoreshereze y’umubiri w’umuntu n’uturemangingo ryitezweho kurokora benshi

Abakora mu rwego rw’ubuvuzi mu Rwanda baremeza ko itegeko riherutse gutorwa n’inteko ishinga amategeko muri icyo gihugu, rigena imikoreshereze y’ingingo, uturemangingo n’ibikomoka ku mubiri, rizarokora ubuzima bw’abatari bake bajyaga bananirwa kujya kwivuriza mu mahanga kuko bihenze . Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda yatoye itegeko rigena imikoreshereze y’umubiri w’umuntu, n’uturemangingo mu mpera za Gashyantare. Iri tegeko […]

Les Tutsis congolais dénoncent une campagne de menaces visant à les exclure des prochaines élections

Un groupe de Tutsis congolais Ă©tait gardĂ© par des policiers armĂ©s alors qu’ils s’inscrivaient pour voter dans la ville orientale de Nyangezi en fĂ©vrier, l’un des membres du groupe dĂ©crivant une campagne de menaces et de violence visant Ă  les exclure des prochaines Ă©lections . Une Ă©lectrice nouvellement inscrite au centre d’inscription avait le visage […]

Le pape Jean-Paul II aurait dissimulé la maltraitance des enfants en tant que cardinal en Pologne

Le pape Jean-Paul II aurait dissimulĂ© la maltraitance des enfants dans l’Ă©glise catholique polonaise et renvoyĂ© les prĂȘtres fautifs dans d’autres juridictions pour Ă©viter un scandale, selon une enquĂȘte . L’ancien pape, nĂ© Karol Wojtyla, connaissait des prĂȘtres pĂ©dophiles alors qu’il Ă©tait cardinal de l’Ă©glise polonaise de Cracovie, selon un reportage de la chaĂźne de […]

Umunyamabanga Mukuru wa Loni yerekeje muri Ukraine ku nshuro ya gatatu

Kuri uyu wa Kabiri, Umunyamabanga mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, Antonio Guterres ari mu nzira yerekeza i Kyiv kubonana na Perezida Volodymyr Zelensky nk’uko iyi nkuru dukesha France24 ivuga . Mu gitondo cy’uyu munsi Zelensky akaba yavuze ko igisirikare cya Ukraine kizohereza ingabo mu mujyi wa Bakhmut wagoswe n’ingabo z’u Burusiya, ahakana amakuru yari yaravuzwe mbere ko […]

U Bwongereza: Ubujurire ku cyemezo cyo kohereza abimukira mu Rwanda buzatangira muri Mata

Urukiko rw’Ubujurire mu Bwongereza ruzumva imbogamizi kuri gahunda ya Guverinoma, yo kohereza abasaba ubuhungiro mu Rwanda, muri Mata, nk’uko umucamanza mukuru yavuze . Abacamanza babiri bo mu Rukiko Rukuru bateye utwatsi icyifuzo cyo guhagarika iyi politiki y’ibiro bishinzwe umutekano w’imbere mu gihugu mu Kuboza nyuma y’iburanisha ryo muri Nzeri na Ukwakira. Abacamanza Lewis hamwe na […]

Le Premier ministre Rishi Sunak s’est entretenu avec le prĂ©sident rwandais Paul Kagame

Le Premier ministre britannique Rishi Sunak et le prĂ©sident rwandais Paul Kagame ont discutĂ© du partenariat migratoire entre le Royaume-Uni et le Rwanda et de la nĂ©cessitĂ© de perturber les activitĂ©s des passeurs tout en rĂ©pondant aux prĂ©occupations humanitaires, a annoncĂ© lundi le gouvernement britannique . “Ils ont discutĂ© du partenariat migratoire entre le Royaume-Uni […]

Somalia: Al Shabaab yisubije ibirindiro yari iherutse kwamburwa n’ingabo za leta

Kuri uyu wa Kabiri, abarwanyi bo mu mutwe w’iterabwoba wa Al Shabaab wo muri Somalia wisubije ibirindiro bya gisirikare byo mu majyepfo ya Jubbaland wari wambuwe n’igisirikare cya leta muri Mutarama, nk’uko umuyobozi muri Somalia n’umuturage waho babitangaje . Al Shabaab, ikorana na al Qaeda, yahuye n’igitutu gikaze cy’igisirikare ndetse n’imitwe yitwara gisirikare ishingiye ku […]

RDC: Minisitiri Lutundula yongeye gushimangira ko nta mishyikirano na M23

Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Christophe Lutundula, yongeye gushimangira ko Guverinoma ya Congo idateze kugirana imishyikirno n’umutwe wa M23 mu gihe kuri uyu wa Kabiri, itariki 7 Werurwe, biteganyijwe ko uyu mutwe ugomba guhagarika imirwano ukanatangira kuva mu bice wigaruriye nk’uko wabyemereye Perezida wa Angola . Ni mu kiganiro yagiraye na […]

Makundi ya wenyeji yenye silaha yanakusanywa kama askari wa akiba wa jeshi la Kongo

Wakati wa mkutano na waandishi wa habari uliofanyika Jumatatu hii, Machi 6, 2023 huko Goma, Waziri wa Elimu ya Juu na Vyuo Vikuu (HUE), Muhindo Nzangi, alifichua kwamba makundi ya wenyeji yenye silaha sasa yanahamasishwa kama askari wa akiba ambao watakuwa na vifaa sawa na askari wa Kongo (FARDC) . Alionyesha kuwa hayo ni matokeo […]

Gisagara: Babiri bafatiwe mu cyuho biba imirindankuba

Ku Cyumweru tariki ya 5 Werurwe, Polisi y’u Rwanda ifatanyije n’inzego z’ibanze n’abaturage mu Karere ka Gisagara, yafashe abasore babiri bacyekwaho kwiba insinga z’amashanyarazi n’imirindankuba bakajya kubigurisha mu byuma bishaje . Abafashwe barimo umwe ufite imyaka 26 n’undi ufite 29, bafatanywe imirindankuba ipima Kgs 13 bagiye bakata ku nkingi z’amashanyarazi (Pylons) zo ku muyoboro mugari […]

Local armed groups are mobilized as Congolese army reservists

During a press conference held this Monday, March 6, 2023 in Goma, the Minister of Higher and University Education (HUE), Muhindo Nzangi revealed that local armed groups are now mobilized as reservists who will be equipped in the same way as the Congolese soldiers (FARDC) . He indicated that this is the consequence of a […]

Abacuruzi ba Kisoro basabye Museveni kubafasha gufunguza mugenzi wabo ufungiwe mu Rwanda

Abacuruzi bagera kuri 200 bakorera mu Karere ka Kisoro muri Uganda, basabye Perezida Museveni n’umuhungu we usanzwe ari n’umujyanama mukuru wa perezida ushinzwe ibikorwa bidasanzwe, Gen. Muhoozi Kainerugaba, kubafasha gufunguza mugenzi wabo bavuga ko amaze igihe kirekire afungiwe mu Rwanda nta rubanza . Ababisabye bayobowe n’Umuyobozi w’Akarere ka Kisoro, Abel Bizimana (uri ku ifoto), bavuga […]

Rais Salva Kiir amemfukuza kazi waziri wa ulinzi ambaye ni mke wa Riek Machar

Rais wa Sudan Kusini amemfukuza kazi waziri wa ulinzi ambaye ni mke wa mpinzani wake wa muda mrefu wa kisiasa, Riek Machar . Ofisi ya Machar ilisema ilitokea bila mashauriano. Rais Salva Kiir mnamo Ijumaa alitoa agizo la kumwondoa afisini Waziri wa Ulinzi Angelina Teny. Yeye ni mwanachama mkuu wa chama cha upinzani cha SPLM-IO […]

Abasirikare b’Abarundi bagomba koherezwa i Masisi bageze i Goma – Amafoto

fqdfh52xsaakzmr.jpg

Kuri iki Cyumweru, itariki ya 5 Werurwe 2023, abasirikare mirongo bo mu gisirikare cy’u Burundi bageze mu mujyi wa Goma, umurwa mukuru w’intara ya Kivu y’Amajyaruguru, aho bagejejwe n’indege y’Igisirikare cya Kenya . Izi ngabo zahageze mu rwego rwo gukomeza gushyiraho ingabo z’akarere ka Afurika y’Iburasirazuba, zigamije kujya hagati y’impande zihanganye hagati ya FARDC na […]

Masisi: Haravugwa imirwano ikomeye hagati ya FARDC na M23 byibuze ahantu hane

Amakuru aturuka mu nzego z’ibanze aravuga ko imirwano yongeye kubura mu rukerera rwo kuri iki Cyumweru, itariki ya 5 Werurwe hagati y’ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) n’inyeshyamba za M23 muri Teritwari ya Masisi, Kivu y’Amajyaruguru, aho uruhande rwa leta ruvuga ko inyeshyamba zagabye igitero ku birindiro byibuze ibirindiro bine mu nkengero za […]

Le Burundi arrĂȘte 24 personnes dans le cadre d’une rĂ©pression anti-gay

Vingt-quatre personnes ont Ă©tĂ© arrĂȘtĂ©es au Burundi dans le cadre d’une opĂ©ration sĂ©curitaire contre les “pratiques homosexuelles”, a indiquĂ© vendredi Ă  l’AFP une source judiciaire et un militant . Les arrestations ont eu lieu le 23 fĂ©vrier dans la capitale politique Gitega, oĂč des membres de MUCO Burundi, une organisation Ă  but non lucratif qui […]

Mbappé anakuwa mfungaji bora wa PSG akiwa na miaka 24

Kylian MbappĂ© alifunga bao la 201 kwa klabu ya Paris St-Germain katika ushindi wa 4-2 dhidi ya Nantes . Ilimbidi angoje hadi dakika ya 92 lakini alishindwa kwani aligeuka na kumaliza kwa mguu wa kushoto na kumpita Edinson Cavani kileleni mwa orodha ya mabao ya PSG. Fowadi huyo wa Ufaransa, ambaye alitimiza umri wa miaka […]

Muturebe ukundi mutwubaha Francafrique ntikibaho – Tshisekedi abwira Macron

Ubwo bari mu kiganiro n’itagazamakuru kuri uyu wa Gatandatu ushize, Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, FĂ©lix Tshisekedi yibukije atunga urutoki mugenzi we w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, ko bagomba kububaha kuko igihe cya Francafrique cyarangiye . Abakuru b’ibihugu byombi bavuze ku bibazo byinshi bifitanye isano hagati ya Afurika n’u Burayi. Mu ijambo rye, Perezida […]

A FARDC soldier killed by Rwandan forces in Rubavu, regional team starts investigation

A Congolese soldier identified with the Republican Guard, accused of having crossed the border between the DRC and Rwanda, was killed on Friday by Rwandan forces guarding the common border between Grande BarriĂšre and Petite BarriĂšre in the district of Rubavu, in the western province of Rwanda . A team from the Extended Joint Verification […]

Abakozi 2 b’Abanyamahanga bakorera ICRC bashimutiwe muri Mali

Kuri uyu wa Gatandatu, Umuryango urengera imbabare wa ICRC muri Mali yatangaje ko abakozi babiri bo muri komite mpuzamahanga ya Croix-Rouge bashimuswe mu majyaruguru ya Mali . Ivuga ko ishimutwa ryabereye hagati y’imijyi ya Gao na Kidal yo mu majyaruguru, ahantu hamaze igihe kirekire hibasirwa n’ibikorwa by’intagondwa z’Abayisillamu. CICR muri Mali yagize iti: “Turemeza ko […]

Perezida Yoweri Museveni asanga Abagande ari abanebwe

Perezida wa Uganda, Yoweri Museveni, yabwiye umuryango w’ubucuruzi wo muri Afurika y’Epfo ko abaturage ayoboye mu myaka hafi mirongo itatu ari abanebwe. Yabivuze ubwo yagaragazaga amahirwe yo gukora ubucuruzi muri Uganda . Museveni, wari mu nama we na Perezida wa Afurika y’Epfo, Cyril Ramaphosa i Pretoria, yavuze ko umwuka mwiza w gukoreramo muri Uganda utuma […]

Wabunge wa Kongo washinikiza mazungumzo na waasi wa M23

Baadhi ya wabunge kutoka jimbo lililokumbwa na mzozo la Kivu Kaskazini katika Jamhuri ya Kidemokrasia ya Kongo wanamtaka Rais Felix Tshisekedi kufikiria kuwashirikisha waasi wa M23 . Katika barua ya wazi, wabunge hao walisema suluhu ya amani itapunguza mzozo unaoendelea mashariki mwa Jamhuri ya Kidemokrasia ya Kongo ambao umesababisha mamia kwa maelfu kuwa wakimbizi katika […]

Jonathan, marehemu Magufuli, na wengine kwa ajili ya tuzo za African Icon mjini Kigali

Rais wa zamani wa Nigeria, Dk Goodluck Jonathan, aliyekuwa Rais wa Tanzania, hayati John Magufuli; Makamu wa Rais wa Liberia, Dk. Jewel Howard-Taylor; Aliyekuwa Rais wa Botswana, Lt. Jenerali Seretse Khama Ian Khama (mstaafu), miongoni mwa wengine anatarajiwa kutunukiwa katika toleo la kwanza la Tamasha na Tuzo za Urithi wa Afrika litakalofanyika Kigali, Rwanda mnamo […]

Kagame nomme un nouveau ministre de l’Agriculture

Le prĂ©sident Paul Kagame a nommĂ© le 2 mars Ildephonse Musafiri comme nouveau ministre de l’Agriculture et des Ressources animales, en remplacement de Gerardine Mukeshimana. Musafiri a prĂ©cĂ©demment occupĂ© le poste de ministre d’État dans le mĂȘme ministĂšre . Le chef de l’Etat a Ă©galement nommĂ© Telesphore Ndabamenye, au poste de directeur gĂ©nĂ©ral de l’Office […]

Perezida Putin arashinja Ukraine kugaba igitero cy’iterabwoba ku butaka bw’u Burusiya

Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, avuga ko ku wa Kane itsinda ry’abicanyi bo muri Ukraine ryinjiye mu karere ko ku mupaka k’u Burusiya maze rirasa abasivili mu “gikorwa cy’iterabwoba” . Guverineri w’akarere ka Bryansk yavuze ko “abicanyi bavuye muri Ukraine” barashe ku modoka y’abasivili i Lyubechane, umudugudu wo ku mupaka, bahitana abagabo babiri ndetse n’umuhungu […]

Minisitiri mushya w’ubuhinzi, Dr Ildephonse Musafiri, ni muntu ki?

Dr. Ildephonse Musafiri wagizwe minisitiri mushya w’ubuhinzi n’ubworozi asimbuye Dr Gerardine Mukeshimana, ni umuhanga mu by’ubuhinzi ndetse n’ubukungu bushingiye ku buhinzi, akaba avuga neza indimi mpuzamahanga zigera kuri ebyiri n’Ikinyarwanda . Dr. Ildephonse Musafiri, yabaye Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’ubuhinzi n’ubworozi (MINAGRI), umwanya yarahiriye ku itariki ya 2 Kanama 2022 mu birori byabereye mu […]

Nyamasheke: Hafashwe hafi toni ya magendu y’imyenda ya caguwa

Polisi y’u Rwanda ku bufatanye n’abaturage mu karere ka Nyamasheke, ku wa Gatatu tariki ya 1 Werurwe, yafashe abacuruzi 11 bakurikiranyweho gukora ubucuruzi bwa magendu, ubwo bari bajyanye mu isoko ibilo 870 by’imyenda n’inkweto za caguwa n’ibitenge 25 binjije mu gihugu mu buryo bwa magendu . Chief Inspector of Police (CIP) Mucyo Rukundo, ushinzwe guhuza […]

Nzaba Perezida wa Uganda nyuma ya data – Gen. Muhoozi

Gen. Muhoozi Kainerugaba yemeje ko azaba Perezida wa Uganda nyuma ya se, Yoweri Museveni . “Nzaba Perezida wa Uganda nyuma ya data,” ibi byatangajwe na Gen. Muhoozi abinyujije kuri konti ye ya twitter mu ijoro ryo kuwa Gatatu rishyira kuri uyu wa Kane. Yongeyeho ati “Abo barwanya ukuri bazatenguhwa cyane” Uyu mujyanama mukuru wa Perezida […]

Kicukiro: La police déjoue un vol de moto

La police du district de Kicukiro, le mardi 28 fĂ©vrier, a dĂ©jouĂ© la tentative d’un homme de voler une moto . Le suspect a Ă©tĂ© arrĂȘtĂ© peu de temps aprĂšs que le propriĂ©taire lĂ©gitime a signalĂ© le vol prĂ©sumĂ©, a dĂ©clarĂ© l’inspecteur en chef de la police (CIP) Sylvestre Twajamahoro, porte-parole de la police de […]

Igisirikare cy’u Bwongereza cyafashe ubwato burimo intwaro zirimo izirasa ibifaru zerekezaga muri Yemen

Kuri uyu wa Kane, ingabo zirwanira mu mazi z’u Bwongereza zafashe misile zirasa ibafaru ndetse n’ibikoreso byo guteranya za misile za ballistique mu gitero cyagabwe ku bwato buto bwavaga muri Iran bwerekeza muri Yemeni, nk’uko abayobozi babitangaje bemeza ko ibi bikoresho biherutse gufatirwa mu Kigobe cya Oman nk’uko tubikesha France24 . Ifatwa ry’izi ntwaro rie […]

Iyo tuvuze Abanyekongo bavuga Ikinyarwanda ni uguteza urujijo, muri RDC hari Abahutu n’Abatutsi – Patrick Muyaya

Minisitiri w’itumanaho n’itangazamakuru wa Repubulikaya Demokarasi ya Congo, Patrick Muyaya na Tshibangu Kalala, umwarimu w’uburenganzira bw’imiryango mpuzamahanga n’amategeko mpuzamahanga y’ibidukikije, banze imvugo “Umunyekongo uvuga Ikinyarwanda (Congolais Rwandophone) .” Aba baturage bavuga ururimi rw’Ikinyarwanda imipaka y’abakoloni yabashyize ku ruhande rwa Leta yigenga ya Congo mu 1885. Byavugiwe mu kiganiro n’abanyamakuru cyabaye kuri uyu wa Gatatu, itariki […]

Kinshasa: Urubanza ku iyicwa rya Ambasaderi w’u Butaliyani rwasubitswe kubera abunganizi

Urubanza ku iyicwa rya Ambasaderi w’u Butaliyani wiciwe mu 2021 muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo rwigijwe inyuma icyumweru kuri uyu wa Gatatu I Kinshasa kubera ko ibura ry’abunganizi bunganira abashinjwa kugira uruhare muri ubu bwicanyi. Iburanisha ryatangijwe rikerewe amasaha abiri. Perezida w’urukiko yahamagaye abaregwa batanu maze ababaza impamvu abunganizi babo badahari nk’uko iyi nkuru […]

Minisitiri w’ingabo w’u Budage aremeza ko budafite igisirikare gifite ubushobozi bwo kurinda igihugu igitero gikomeye

Kuri uyu wa Mbere ushize, Minisitiri w’ingabo w’u Budage, Boris Pistorius, yatangaje ko ingabo z’igihugu zititeguye kurinda igihugu ibitero bikomeye bya gisirikare. Minisitiri yabivuze mu nama yagiranye na bagenzi be bo mu ishyaka riharanira demokarasi n’imibereho myiza y’abaturage (SPD) . Pistorius yagize ati: “Nta ngabo dufite zifite ubushobozi bwo kurengera [igihugu], ni ukuvuga zishobora kukirinda […]

Rwanda inasema iko tayari kujilinda dhidi ya vitisho vya kuvuka mpaka vya DRC

Rwanda imetangaza kuwa haitakubali tena kile ilichokiita kupunguza wasiwasi wake wa kiusalama huku kukiwa na msururu wa ukiukwaji wa anga na mipaka ya nchi kavu na Jamhuri ya Kidemokrasia ya Kongo (DRC) . Katika taarifa, Rwanda ilisema vikosi vyake vya usalama viko tayari “kuchukua hatua kuzuia tishio lolote la kuvuka mpaka, kulingana na ukubwa wake, […]

BlĂąmer le Rwanda ne rĂ©soudra pas les problĂšmes de sĂ©curitĂ© qui affligent l’est de la RD Congo – Kagame

Le prĂ©sident Paul Kagame a dĂ©clarĂ© que les problĂšmes de sĂ©curitĂ© qui affligent l’est de la RD Congo ne peuvent pas ĂȘtre simplement souhaitĂ©s, mais que des efforts dĂ©libĂ©rĂ©s doivent ĂȘtre dĂ©ployĂ©s pour les rĂ©soudre, ajoutant que blĂąmer le Rwanda ne les rĂ©soudra en aucune façon non plus . Il s’adressait Ă  une confĂ©rence de […]

RDC: Leta yafatiriye amabuye y’agaciro ya miliyari 1,5 $ yendaga koherezwa hanze

Ububiko bw’umuringa na cobalt bibarirwa agaciro ka miliyari 1.5 y’amadolari ya Amerika byafatiwe muri Repubulika ya Demokarsi ya Congo aho bivugwa ko sosiyete y’Abashinwa, Cmoc, nyiri amabuye y’agaciro yafatiriwe, itari ifite uruhushya rwo kuyohereza hanze . Inkomoko y’ikibazo, ngo haba harabaye kutumvikana hagati y’Abashinwa n’umufatanyabikorwa, ari we GĂ©camines, sosiyete ya RDC ishinzwe ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro […]

Nyagatare en tĂȘte des contrats de performances

Le district de Nyagatare a Ă©tĂ© classĂ© premier pour la rĂ©alisation des Imihigo (contrats de performance) avec 81,64 % pour l’annĂ©e 2021-2022, suivi des districts de Huye et de Rulindo, avec 80,97 % et 79,86 %, respectivement. Burera est arrivĂ© dernier avec 61,79% . Les trois premiers districts ont Ă©tĂ© rĂ©compensĂ©s pour leurs performances exceptionnelles […]

France: NoĂ«l Le GraĂ«t wayoboraga ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru (FFF) yeguye ku mirimo ye

Kuri uyu wa Kabiri, itariki 28 Gashyantare, Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Bufaransa (FFF) , NoĂ«l Le GraĂ«t yeguye ku mirimo ye mu gihe ari gukorwaho iperereza ku itoteza ndetse na nyuma y’ubugenzuzi bwategetswe na minisiteri ya siporo . Muri Mutarama, uyu mugabo w’imyaka 81 yari yahagaritswe ku buyobozi bw’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Bufaransa (FFF) […]

U Bufaransa: Urukiko rwateye utwatsi ikirego cy’imiryango y’Abagande irega TotalEnergies

Kuri uyu wa Kabiri, itariki 28 Gashyantare, urukiko rwo mu Bufaransa rwanze ikirego kirega sosiyete TotalEnergies kubera umushinga munini wa peteroli muri Uganda na Tanzaniya nyuma y’uko imiryango myinshi itegamiye kuri Leta yasabye guhagarika umushinga utavugwaho rumwe . Nirwo rubanza rwa mbere rw’ubu bwoko mu Bufaransa, kandi impirimbanyi zari zizeye ko bizatangiza urubanza rwemewe n’amategeko […]

Intara ya Los Angeles yemeye kwishyura umugore wa Kobe Bryant miliyoni hafi 29$ nyuma yo kuyitsinda mu rubanza

Intara ya Los Angeles yemeye kwishyura miliyoni hafi 29 z’amadorari umupfakazi w’icyamamare muri NBA, Kobe Bryant, nyuma y’uko abapolisi basangije amashusho y’impanuka ya kajugujugu yamuhitanye mu myaka ibiri ishize . Bryant n’umukobwa we Gianna bapfiriye hamwe n’abandi barindwi igihe indege yagwaga mu gace ko muri Los Angeles. Umugore we, Vanessa Bryant, yareze, avuga ko abatabaye […]

Kenya: Igitero cy’amabandi yitwaje intwaro cyavanye abaturage mu byabo

Nyuma y’iminsi mike Perezida William Ruto ategetse kohereza ingabo z’ingabo z’igihugu cya Kenya (KDF) mu turere dukunze kwibasirwa n’amabandi, kuri iki Cyumweru, itariki ya 26 Gashyantare, amabandi yitwaje intwaro yagabye igitero nijoro i Lomelo, mu Ntara ya Turkana abaturage bahunga nk’abahunga intambara . Amakuru atandukanye yagaragaje ko igitero cyatangiye iminota mike mbere ya saa sita […]

La population du Rwanda dépasse les 13 millions

La population du Rwanda est passĂ©e de 10,5 millions en 2012 Ă  13,2 millions en 2022, indiquant un taux de croissance dĂ©mographique annuel de 2,3 %, selon les rĂ©sultats publiĂ©s lors du rĂ©cent recensement de la population . Selon les perspectives, il y a 3 312 743 mĂ©nages et la taille moyenne actuelle des mĂ©nages […]

Uwahoze ari umujyanama wa Tshisekedi uvugwaho gukorana n’u Rwanda yaba arembeye muri gereza

“Bwana Biselele ararembye cyane. Yasabye kurekurwa by’agateganyo kugira ngo ajye kwivuza”, uyu ni MaĂźtre Bopaul Mupemba, umunyamategeko wunganira uwahoze ari umujyanama wihariye wa Perezida FĂ©lix Tshisekedi kuri ubu ufungiwe muri Gereza ya Makala . Mu kiganiro yagiranye na TOP CONGO FM , Me Mupemba yagize ati “Afite ikibazo cy’umugongo kandi ukuboko kwe kw’iburyo ni ikibazo. […]

Guverinoma iri gutekereza ukuntu amafaranga acibwa mu kuyahererekanya yagabanyuka

Guverinoma y’u Rwanda irimo gutekereza ku buryo bwo kugabanya amafaranga yishyurwa mu kwishyurana hakoreshejwe ikoranabuhanga, ndetse ikabikuraho mu gihe amafaranga yishyurwa atarenze amafaranga 10,000, hagamijwe kugabanya ibiciro ku bakoresha ubu buryo no kuzamura umuco wo kwishyurana hakoreshejwe ikoranabuhanga . Kuri Jean-Claude Inyamibwa, utuye mu Karere ka Gasabo akaba n’umumotari, asanga kugabanya amafaranga acibwa mu kwishyura […]

Somalia: Impanuka ya kajugujugu y’Ingabo za ATMIS yahitanye 3 abandi 8 barakomereka

Abantu batatu barapfuye abandi umunani barakomereka ubwo kajugujugu yakoreshwaga n’Ubutumwa bw’Amahoro bw’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe muri Somaliya (ATMIS) yakoraga impanuka mu karere ka Lower Shabelle nk’uko byatangajwe kuri iki Cyumweru gishize . Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara na ATMIS, yavuze ko kajugujugu yari itwaye abagenzi 11 barimo n’abasirikare bo mu gisirikare cya Somaliya, yari mu […]

Perezida Zelensky aremeza ko Putin azicwa n’umwe mu bamwegereye

Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, yavuze ko yemera ko Perezida w’u Burusiya Vladimir Putin amaherezo azicwa n’umwe mu bantu be ba hafi nk’uko byatangajwe n’ikinyamakuru The Telegraph . Mu gihe u Burusiya bwibasiwe n’ibihano bikaze kubera gutera Ukraine muri Gashyantare umwaka ushize, abatavuga rumwe mu bya politiki na Putin ngo bazashaka kumukuraho, nk’uko Zelensky yabitangarije […]

Tanzania: Perezida Samia Suluhu yagize umuraperi Mwana FA minisitiri wungirije

Perezida wa Tanzania, Samia Suluhu Hassan, yagize umuraperi Hamisi Mwinjuma, uzwi nka Mwana FA, Minisitiri wungirije ushinzwe umuco, ubuhanzi na siporo nk’uko tubikesha The Citizen . Mu ivugurura ryatangajwe kuri iki Cyumweru, itariki ya 26 Gashyantare, n’ubuyobozi bushinzwe itumanaho muri perezidansi, Mwana FA yasimbuye kuri uyu mwanya Pauline Gekul wagizwe minisitiri wungirije ushinzwe itegeko nshinga […]

Imyigaragambyo isaba guhagarika guha intwaro Ukraine yahuruje ibihumbi n’ibihumbi mu Budage

Kuri uyu wa Gatandatu,itariki 25 Gashyantare, imyigaragambyo yo kwamagana guha Ukraine intwaro zo kurwana n’u Burusiya yakusanyije abantu 10,000 mu Budage, yanenzwe n’abayobozi bakuru ba guverinoma ndetse abapolisi benshi boherezwa kugira ngo babungabunge umutekano . Iyi myigaragambyo yateguwe n’umunyapolitiki ukomeye utavuga rumwe n’ubutegetsi, yabaye nyuma y’umunsi umwe hibutswe umwaka ushize u Burusiya buteye Ukraine, aho […]

Impanuka y’ubwato bw’abimukira mu Butaliyani yahitanye byibuze 30

Byibuze abantu 30 bapfuye nyuma y’aho ubwato bw’abimukira bwarohamye ku nkombe z’iburasirazuba bw’akarere ka Calabria mu Butaliyani, nk’uko ANSA n’ibindi biro ntaramakuru by’u Butaliyani byabitangaje kuri iki Cyumweru . ANSA yavuze ko imirambo igera kuri 27 yabonetse amazi yayitwaye ku nkombe za Steccato di Cutro, ahantu h’ibiruhuko hafi y’inyanja mu ntara ya Crotone, ndetse n’indi […]