Kohereza abimukira mu Rwanda bishobora gutangira mu mpeshyi
Minisitiri wâIntebe wâu Bwongereza, Rishi Sunak, yavuze ko ingendo zo kohereza mu Rwanda impunzi zishobora gutangira vuba muri iyi mpeshyi, aho yakomeje avuga ko ibihumbi by’abimukira bashobora kwimurirwa mu Rwanda muri iyo gahunda . Minisitiri wâintebe yerekanye ko afite icyizere ko Guverinoma izakemura ibibazo byâamategeko kuri iyi gahunda byabujije indege iyo ari yo yose guhaguruka […]
Uganda: Sheria ya kupinga ushoga itapitishwa kwa gharama yoyote ile, anasema Spika
Spika wa Bunge la Uganda, Anita Among, amesema kuwa Mswada wa Kupinga Ushoga, 2023 utawasilishwa na kushughulikiwa haraka kwa âgharama yoyote ileâ . Bibi Among aliyasema hayo baada ya mbunifu wa Muswada huo, Bwana Asuman Basalirwa, kushindwa kuwasilisha Muswada huo kwa mara ya kwanza kusomwa jana kwa sababu Wizara ya Fedha haijampatia Hati ya Athari […]
Ukraine: Abacanshuro ba Wagner baremeza ko bigaruriye uburasirazuba bwâUmujyi wa Bakhmutka
Umutwe wa Wagner wâAbacaanshuro bâAbarusiya watangaje ko ugenzura “ibintu byose mu burasirazuba bwâumugezi wa Bakhmutka,” mu gihe perezidansi yâu Burusiya yateye utwatsi amakuru yâibitangazamakuru byo muri Amerika ku bitero ku miyoboro ya gaz ya Nord Stream . Aba bacanshuro bâAbarusiya barigamba kugenzura byimazeyo igice cyâiburasirazuba bwa Bakhmut, nyuma yâamezi menshi yâimirwano ikaze muri uyu mujyi, […]
Itegeko rigena imikoreshereze yâumubiri wâumuntu nâuturemangingo ryitezweho kurokora benshi
Abakora mu rwego rwâubuvuzi mu Rwanda baremeza ko itegeko riherutse gutorwa nâinteko ishinga amategeko muri icyo gihugu, rigena imikoreshereze y’ingingo, uturemangingo n’ibikomoka ku mubiri, rizarokora ubuzima bwâabatari bake bajyaga bananirwa kujya kwivuriza mu mahanga kuko bihenze . Inteko Ishinga Amategeko yâu Rwanda yatoye itegeko rigena imikoreshereze yâumubiri wâumuntu, nâuturemangingo mu mpera za Gashyantare. Iri tegeko […]
Les Tutsis congolais dénoncent une campagne de menaces visant à les exclure des prochaines élections
Un groupe de Tutsis congolais Ă©tait gardĂ© par des policiers armĂ©s alors qu’ils s’inscrivaient pour voter dans la ville orientale de Nyangezi en fĂ©vrier, l’un des membres du groupe dĂ©crivant une campagne de menaces et de violence visant Ă les exclure des prochaines Ă©lections . Une Ă©lectrice nouvellement inscrite au centre d’inscription avait le visage […]
Le pape Jean-Paul II aurait dissimulé la maltraitance des enfants en tant que cardinal en Pologne
Le pape Jean-Paul II aurait dissimulĂ© la maltraitance des enfants dans l’Ă©glise catholique polonaise et renvoyĂ© les prĂȘtres fautifs dans d’autres juridictions pour Ă©viter un scandale, selon une enquĂȘte . L’ancien pape, nĂ© Karol Wojtyla, connaissait des prĂȘtres pĂ©dophiles alors qu’il Ă©tait cardinal de l’Ă©glise polonaise de Cracovie, selon un reportage de la chaĂźne de […]
Umunyamabanga Mukuru wa Loni yerekeje muri Ukraine ku nshuro ya gatatu
Kuri uyu wa Kabiri, Umunyamabanga mukuru wâUmuryango wâAbibumbye, Antonio Guterres ari mu nzira yerekeza i Kyiv kubonana na Perezida Volodymyr Zelensky nkâuko iyi nkuru dukesha France24 ivuga . Mu gitondo cyâuyu munsi Zelensky akaba yavuze ko igisirikare cya Ukraine kizohereza ingabo mu mujyi wa Bakhmut wagoswe nâingabo zâu Burusiya, ahakana amakuru yari yaravuzwe mbere ko […]
Uingereza: Mahakama ya Rufaa kusikiliza kesi kuhusu mpango wa kupeleka waomba hifadhi nchini Rwanda mwezi Aprili
Mahakama ya Rufaa iko tayari kusikiliza changamoto kuhusu mpango wa Serikali ya Uingereza kupeleka waomba hifadhi nchini Rwanda mwezi Aprili, jaji mkuu amesema . Majaji wawili katika Mahakama Kuu walitupilia mbali msururu wa zabuni za kisheria dhidi ya sera ya Ofisi ya Mambo ya Ndani mnamo Desemba baada ya kusikilizwa mnamo Septemba na Oktoba. Lord […]
U Bwongereza: Ubujurire ku cyemezo cyo kohereza abimukira mu Rwanda buzatangira muri Mata
Urukiko rw’Ubujurire mu Bwongereza ruzumva imbogamizi kuri gahunda ya Guverinoma, yo kohereza abasaba ubuhungiro mu Rwanda, muri Mata, nk’uko umucamanza mukuru yavuze . Abacamanza babiri bo mu Rukiko Rukuru bateye utwatsi icyifuzo cyo guhagarika iyi politiki yâibiro bishinzwe umutekano wâimbere mu gihugu mu Kuboza nyuma yâiburanisha ryo muri Nzeri na Ukwakira. Abacamanza Lewis hamwe na […]
Le Premier ministre Rishi Sunak s’est entretenu avec le prĂ©sident rwandais Paul Kagame
Le Premier ministre britannique Rishi Sunak et le prĂ©sident rwandais Paul Kagame ont discutĂ© du partenariat migratoire entre le Royaume-Uni et le Rwanda et de la nĂ©cessitĂ© de perturber les activitĂ©s des passeurs tout en rĂ©pondant aux prĂ©occupations humanitaires, a annoncĂ© lundi le gouvernement britannique . “Ils ont discutĂ© du partenariat migratoire entre le Royaume-Uni […]
Somalia: Al Shabaab yisubije ibirindiro yari iherutse kwamburwa nâingabo za leta
Kuri uyu wa Kabiri, abarwanyi bo mu mutwe wâiterabwoba wa Al Shabaab wo muri Somalia wisubije ibirindiro bya gisirikare byo mu majyepfo ya Jubbaland wari wambuwe nâigisirikare cya leta muri Mutarama, nk’uko umuyobozi muri Somalia nâumuturage waho babitangaje . Al Shabaab, ikorana na al Qaeda, yahuye nâigitutu gikaze cyâigisirikare ndetse nâimitwe yitwara gisirikare ishingiye ku […]
RDC: Minisitiri Lutundula yongeye gushimangira ko nta mishyikirano na M23
Minisitiri wâububanyi nâamahanga wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Christophe Lutundula, yongeye gushimangira ko Guverinoma ya Congo idateze kugirana imishyikirno nâumutwe wa M23 mu gihe kuri uyu wa Kabiri, itariki 7 Werurwe, biteganyijwe ko uyu mutwe ugomba guhagarika imirwano ukanatangira kuva mu bice wigaruriye nk’uko wabyemereye Perezida wa Angola . Ni mu kiganiro yagiraye na […]
Makundi ya wenyeji yenye silaha yanakusanywa kama askari wa akiba wa jeshi la Kongo
Wakati wa mkutano na waandishi wa habari uliofanyika Jumatatu hii, Machi 6, 2023 huko Goma, Waziri wa Elimu ya Juu na Vyuo Vikuu (HUE), Muhindo Nzangi, alifichua kwamba makundi ya wenyeji yenye silaha sasa yanahamasishwa kama askari wa akiba ambao watakuwa na vifaa sawa na askari wa Kongo (FARDC) . Alionyesha kuwa hayo ni matokeo […]
Gisagara: Babiri bafatiwe mu cyuho biba imirindankuba
Ku Cyumweru tariki ya 5 Werurwe, Polisi yâu Rwanda ifatanyije nâinzego zâibanze nâabaturage mu Karere ka Gisagara, yafashe abasore babiri bacyekwaho kwiba insinga zâamashanyarazi nâimirindankuba bakajya kubigurisha mu byuma bishaje . Abafashwe barimo umwe ufite imyaka 26 nâundi ufite 29, bafatanywe imirindankuba ipima Kgs 13 bagiye bakata ku nkingi zâamashanyarazi (Pylons) zo ku muyoboro mugari […]
Local armed groups are mobilized as Congolese army reservists
During a press conference held this Monday, March 6, 2023 in Goma, the Minister of Higher and University Education (HUE), Muhindo Nzangi revealed that local armed groups are now mobilized as reservists who will be equipped in the same way as the Congolese soldiers (FARDC) . He indicated that this is the consequence of a […]
Abacuruzi ba Kisoro basabye Museveni kubafasha gufunguza mugenzi wabo ufungiwe mu Rwanda
Abacuruzi bagera kuri 200 bakorera mu Karere ka Kisoro muri Uganda, basabye Perezida Museveni n’umuhungu we usanzwe ari n’umujyanama mukuru wa perezida ushinzwe ibikorwa bidasanzwe, Gen. Muhoozi Kainerugaba, kubafasha gufunguza mugenzi wabo bavuga ko amaze igihe kirekire afungiwe mu Rwanda nta rubanza . Ababisabye bayobowe nâUmuyobozi wâAkarere ka Kisoro, Abel Bizimana (uri ku ifoto), bavuga […]
Uganda: Amagana yâabizera bâidini rya Christ Disciples Church bahungiye imperuka muri Ethiopia
Igipolisi cya Uganda kuri iki Cyumweru itariki 05 Werurwe, cyavuze ko abantu babarirwa muri magana bari bo mu idini ryo mu burasirazuba bwa Uganda bahunze bakava mu midugudu yabo bakerekeza muri Ethiopia . Polisi yavuze ko ukurikije iperereza ryayo, abayoboke bâiryo dini ridasanzwe bahunze imperuka yâIsi, bemeza ko izatangirira mu karere kabo. Abapolisi bavuga ko […]
DRC: Wanajeshi wa Burundi watakaowekwa katika mhimili wa Sake, Kilolirwe, Kitchanga wawasili Goma
Wanajeshi 30 wa Burundi walitua katika uwanja wa ndege wa Goma mashariki mwa Jamhuri ya Kidemokrasia ya Kongo Jumapili ili kujiunga na kikosi cha kimataifa kinachosaidia Kinshasa kukabiliana na ongezeko la wanamgambo katika eneo hilo. Wengine 70 walijiunga nao jioni kupitia mpaka wa Rwanda na Kongo wa Grande Barriere . Wanajeshi hao watatumwa kama sehemu […]
Salva Kiir a limogé la ministre de la Défense qui est la femme de son rival Riek Machar
Le prĂ©sident du Soudan du Sud a limogĂ© la ministre de la DĂ©fense qui est l’Ă©pouse de son rival politique de longue date, Riek Machar . Le bureau de Machar a dĂ©clarĂ© que cela s’Ă©tait produit sans consultations. Le prĂ©sident Salva Kiir a publiĂ© vendredi un dĂ©cret destituant la ministre de la DĂ©fense Angelina Teny […]
Rais Salva Kiir amemfukuza kazi waziri wa ulinzi ambaye ni mke wa Riek Machar
Rais wa Sudan Kusini amemfukuza kazi waziri wa ulinzi ambaye ni mke wa mpinzani wake wa muda mrefu wa kisiasa, Riek Machar . Ofisi ya Machar ilisema ilitokea bila mashauriano. Rais Salva Kiir mnamo Ijumaa alitoa agizo la kumwondoa afisini Waziri wa Ulinzi Angelina Teny. Yeye ni mwanachama mkuu wa chama cha upinzani cha SPLM-IO […]
Abasirikare bâAbarundi bagomba koherezwa i Masisi bageze i Goma – Amafoto

Kuri iki Cyumweru, itariki ya 5 Werurwe 2023, abasirikare mirongo bo mu gisirikare cyâu Burundi bageze mu mujyi wa Goma, umurwa mukuru wâintara ya Kivu y’Amajyaruguru, aho bagejejwe n’indege y’Igisirikare cya Kenya . Izi ngabo zahageze mu rwego rwo gukomeza gushyiraho ingabo zâakarere ka Afurika y’Iburasirazuba, zigamije kujya hagati yâimpande zihanganye hagati ya FARDC na […]
Masisi: Haravugwa imirwano ikomeye hagati ya FARDC na M23 byibuze ahantu hane
Amakuru aturuka mu nzego z’ibanze aravuga ko imirwano yongeye kubura mu rukerera rwo kuri iki Cyumweru, itariki ya 5 Werurwe hagati yâingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) nâinyeshyamba za M23 muri Teritwari ya Masisi, Kivu yâAmajyaruguru, aho uruhande rwa leta ruvuga ko inyeshyamba zagabye igitero ku birindiro byibuze ibirindiro bine mu nkengero za […]
Le Burundi arrĂȘte 24 personnes dans le cadre d’une rĂ©pression anti-gay
Vingt-quatre personnes ont Ă©tĂ© arrĂȘtĂ©es au Burundi dans le cadre d’une opĂ©ration sĂ©curitaire contre les “pratiques homosexuelles”, a indiquĂ© vendredi Ă l’AFP une source judiciaire et un militant . Les arrestations ont eu lieu le 23 fĂ©vrier dans la capitale politique Gitega, oĂč des membres de MUCO Burundi, une organisation Ă but non lucratif qui […]
Mbappé anakuwa mfungaji bora wa PSG akiwa na miaka 24
Kylian MbappĂ© alifunga bao la 201 kwa klabu ya Paris St-Germain katika ushindi wa 4-2 dhidi ya Nantes . Ilimbidi angoje hadi dakika ya 92 lakini alishindwa kwani aligeuka na kumaliza kwa mguu wa kushoto na kumpita Edinson Cavani kileleni mwa orodha ya mabao ya PSG. Fowadi huyo wa Ufaransa, ambaye alitimiza umri wa miaka […]
Muturebe ukundi mutwubaha Francafrique ntikibaho â Tshisekedi abwira Macron
Ubwo bari mu kiganiro nâitagazamakuru kuri uyu wa Gatandatu ushize, Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, FĂ©lix Tshisekedi yibukije atunga urutoki mugenzi we wâu Bufaransa, Emmanuel Macron, ko bagomba kububaha kuko igihe cya Francafrique cyarangiye . Abakuru b’ibihugu byombi bavuze ku bibazo byinshi bifitanye isano hagati ya Afurika n’u Burayi. Mu ijambo rye, Perezida […]
Mwanajeshi wa FARDC aliyeuawa na vikosi vya Rwanda huko Rubavu, timu ya EJVM yaanza uchunguzi
Mwanajeshi wa Kongo anayetambuliwa na Walinzi wa Republican, anayetuhumiwa kuvuka mpaka kati ya DRC na Rwanda, aliuawa siku ya Ijumaa na vikosi vya Rwanda vinavyolinda mpaka wa pamoja kati ya Grande BarriĂšre na Petite BarriĂšre katika wilaya ya Rubavu, katika mkoa wa magharibi wa Rwanda . Kikosi cha Mfumo wa Pamoja wa Uthibitishaji (EJVM) Jumamosi, […]
A FARDC soldier killed by Rwandan forces in Rubavu, regional team starts investigation
A Congolese soldier identified with the Republican Guard, accused of having crossed the border between the DRC and Rwanda, was killed on Friday by Rwandan forces guarding the common border between Grande BarriĂšre and Petite BarriĂšre in the district of Rubavu, in the western province of Rwanda . A team from the Extended Joint Verification […]
Abakozi 2 bâAbanyamahanga bakorera ICRC bashimutiwe muri Mali
Kuri uyu wa Gatandatu, Umuryango urengera imbabare wa ICRC muri Mali yatangaje ko abakozi babiri bo muri komite mpuzamahanga ya Croix-Rouge bashimuswe mu majyaruguru ya Mali . Ivuga ko ishimutwa ryabereye hagati yâimijyi ya Gao na Kidal yo mu majyaruguru, ahantu hamaze igihe kirekire hibasirwa nâibikorwa byâintagondwa zâAbayisillamu. CICR muri Mali yagize iti: “Turemeza ko […]
Perezida Yoweri Museveni asanga Abagande ari abanebwe
Perezida wa Uganda, Yoweri Museveni, yabwiye umuryango w’ubucuruzi wo muri Afurika y’Epfo ko abaturage ayoboye mu myaka hafi mirongo itatu ari abanebwe. Yabivuze ubwo yagaragazaga amahirwe yo gukora ubucuruzi muri Uganda . Museveni, wari mu nama we na Perezida wa Afurika y’Epfo, Cyril Ramaphosa i Pretoria, yavuze ko umwuka mwiza w gukoreramo muri Uganda utuma […]
Wabunge wa Kongo washinikiza mazungumzo na waasi wa M23
Baadhi ya wabunge kutoka jimbo lililokumbwa na mzozo la Kivu Kaskazini katika Jamhuri ya Kidemokrasia ya Kongo wanamtaka Rais Felix Tshisekedi kufikiria kuwashirikisha waasi wa M23 . Katika barua ya wazi, wabunge hao walisema suluhu ya amani itapunguza mzozo unaoendelea mashariki mwa Jamhuri ya Kidemokrasia ya Kongo ambao umesababisha mamia kwa maelfu kuwa wakimbizi katika […]
Jonathan, marehemu Magufuli, na wengine kwa ajili ya tuzo za African Icon mjini Kigali
Rais wa zamani wa Nigeria, Dk Goodluck Jonathan, aliyekuwa Rais wa Tanzania, hayati John Magufuli; Makamu wa Rais wa Liberia, Dk. Jewel Howard-Taylor; Aliyekuwa Rais wa Botswana, Lt. Jenerali Seretse Khama Ian Khama (mstaafu), miongoni mwa wengine anatarajiwa kutunukiwa katika toleo la kwanza la Tamasha na Tuzo za Urithi wa Afrika litakalofanyika Kigali, Rwanda mnamo […]
Kagame nomme un nouveau ministre de l’Agriculture
Le prĂ©sident Paul Kagame a nommĂ© le 2 mars Ildephonse Musafiri comme nouveau ministre de l’Agriculture et des Ressources animales, en remplacement de Gerardine Mukeshimana. Musafiri a prĂ©cĂ©demment occupĂ© le poste de ministre d’Ătat dans le mĂȘme ministĂšre . Le chef de l’Etat a Ă©galement nommĂ© Telesphore Ndabamenye, au poste de directeur gĂ©nĂ©ral de l’Office […]
Perezida Putin arashinja Ukraine kugaba igitero cyâiterabwoba ku butaka bwâu Burusiya
Perezida wâu Burusiya, Vladimir Putin, avuga ko ku wa Kane itsinda ryâabicanyi bo muri Ukraine ryinjiye mu karere ko ku mupaka kâu Burusiya maze rirasa abasivili mu “gikorwa cyâiterabwoba” . Guverineri w’akarere ka Bryansk yavuze ko “abicanyi bavuye muri Ukraine” barashe ku modoka y’abasivili i Lyubechane, umudugudu wo ku mupaka, bahitana abagabo babiri ndetse n’umuhungu […]
Minisitiri mushya wâubuhinzi, Dr Ildephonse Musafiri, ni muntu ki?
Dr. Ildephonse Musafiri wagizwe minisitiri mushya wâubuhinzi nâubworozi asimbuye Dr Gerardine Mukeshimana, ni umuhanga mu byâubuhinzi ndetse nâubukungu bushingiye ku buhinzi, akaba avuga neza indimi mpuzamahanga zigera kuri ebyiri nâIkinyarwanda . Dr. Ildephonse Musafiri, yabaye Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri yâubuhinzi nâubworozi (MINAGRI), umwanya yarahiriye ku itariki ya 2 Kanama 2022 mu birori byabereye mu […]
Nyamasheke: Hafashwe hafi toni ya magendu y’imyenda ya caguwa
Polisi yâu Rwanda ku bufatanye nâabaturage mu karere ka Nyamasheke, ku wa Gatatu tariki ya 1 Werurwe, yafashe abacuruzi 11 bakurikiranyweho gukora ubucuruzi bwa magendu, ubwo bari bajyanye mu isoko ibilo 870 byâimyenda nâinkweto za caguwa nâibitenge 25 binjije mu gihugu mu buryo bwa magendu . Chief Inspector of Police (CIP) Mucyo Rukundo, ushinzwe guhuza […]
Nzaba Perezida wa Uganda nyuma ya data â Gen. Muhoozi
Gen. Muhoozi Kainerugaba yemeje ko azaba Perezida wa Uganda nyuma ya se, Yoweri Museveni . âNzaba Perezida wa Uganda nyuma ya data,â ibi byatangajwe na Gen. Muhoozi abinyujije kuri konti ye ya twitter mu ijoro ryo kuwa Gatatu rishyira kuri uyu wa Kane. Yongeyeho ati âAbo barwanya ukuri bazatenguhwa cyaneâ Uyu mujyanama mukuru wa Perezida […]
Une enseignante qui a étranglé à mort ses 4 enfants condamnée à la prison à vie
Une femme qui a Ă©tranglĂ© ses quatre enfants Ă Naivasha, au Kenya, il y a deux ans a Ă©tĂ© condamnĂ©e Ă la rĂ©clusion Ă perpĂ©tuitĂ© par la Haute Cour . Beatrice Mwende, qui a Ă©tranglĂ© les mineurs et dormi Ă cĂŽtĂ© de leurs corps sans vie, a Ă©tĂ© condamnĂ©e aprĂšs avoir plaidĂ© coupable aux quatre […]
Kicukiro: La police déjoue un vol de moto
La police du district de Kicukiro, le mardi 28 fĂ©vrier, a dĂ©jouĂ© la tentative d’un homme de voler une moto . Le suspect a Ă©tĂ© arrĂȘtĂ© peu de temps aprĂšs que le propriĂ©taire lĂ©gitime a signalĂ© le vol prĂ©sumĂ©, a dĂ©clarĂ© l’inspecteur en chef de la police (CIP) Sylvestre Twajamahoro, porte-parole de la police de […]
Igisirikare cyâu Bwongereza cyafashe ubwato burimo intwaro zirimo izirasa ibifaru zerekezaga muri Yemen
Kuri uyu wa Kane, ingabo zirwanira mu mazi zâu Bwongereza zafashe misile zirasa ibafaru ndetse nâibikoreso byo guteranya za misile za ballistique mu gitero cyagabwe ku bwato buto bwavaga muri Iran bwerekeza muri Yemeni, nk’uko abayobozi babitangaje bemeza ko ibi bikoresho biherutse gufatirwa mu Kigobe cya Oman nkâuko tubikesha France24 . Ifatwa ryâizi ntwaro rie […]
Iyo tuvuze Abanyekongo bavuga Ikinyarwanda ni uguteza urujijo, muri RDC hari Abahutu n’Abatutsi â Patrick Muyaya
Minisitiri wâitumanaho nâitangazamakuru wa Repubulikaya Demokarasi ya Congo, Patrick Muyaya na Tshibangu Kalala, umwarimu wâuburenganzira bwâimiryango mpuzamahanga nâamategeko mpuzamahanga yâibidukikije, banze imvugo “Umunyekongo uvuga Ikinyarwanda (Congolais Rwandophone) .” Aba baturage bavuga ururimi rw’Ikinyarwanda imipaka y’abakoloni yabashyize ku ruhande rwa Leta yigenga ya Congo mu 1885. Byavugiwe mu kiganiro n’abanyamakuru cyabaye kuri uyu wa Gatatu, itariki […]
Kinshasa: Urubanza ku iyicwa rya Ambasaderi wâu Butaliyani rwasubitswe kubera abunganizi
Urubanza ku iyicwa rya Ambasaderi wâu Butaliyani wiciwe mu 2021 muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo rwigijwe inyuma icyumweru kuri uyu wa Gatatu I Kinshasa kubera ko ibura ryâabunganizi bunganira abashinjwa kugira uruhare muri ubu bwicanyi. Iburanisha ryatangijwe rikerewe amasaha abiri. Perezida w’urukiko yahamagaye abaregwa batanu maze ababaza impamvu abunganizi babo badahari nk’uko iyi nkuru […]
Minisitiri wâingabo wâu Budage aremeza ko budafite igisirikare gifite ubushobozi bwo kurinda igihugu igitero gikomeye
Kuri uyu wa Mbere ushize, Minisitiri wâingabo wâu Budage, Boris Pistorius, yatangaje ko ingabo zâigihugu zititeguye kurinda igihugu ibitero bikomeye bya gisirikare. Minisitiri yabivuze mu nama yagiranye na bagenzi be bo mu ishyaka riharanira demokarasi n’imibereho myiza y’abaturage (SPD) . Pistorius yagize ati: “Nta ngabo dufite zifite ubushobozi bwo kurengera [igihugu], ni ukuvuga zishobora kukirinda […]
Rwanda inasema iko tayari kujilinda dhidi ya vitisho vya kuvuka mpaka vya DRC
Rwanda imetangaza kuwa haitakubali tena kile ilichokiita kupunguza wasiwasi wake wa kiusalama huku kukiwa na msururu wa ukiukwaji wa anga na mipaka ya nchi kavu na Jamhuri ya Kidemokrasia ya Kongo (DRC) . Katika taarifa, Rwanda ilisema vikosi vyake vya usalama viko tayari “kuchukua hatua kuzuia tishio lolote la kuvuka mpaka, kulingana na ukubwa wake, […]
BlĂąmer le Rwanda ne rĂ©soudra pas les problĂšmes de sĂ©curitĂ© qui affligent l’est de la RD Congo – Kagame
Le prĂ©sident Paul Kagame a dĂ©clarĂ© que les problĂšmes de sĂ©curitĂ© qui affligent l’est de la RD Congo ne peuvent pas ĂȘtre simplement souhaitĂ©s, mais que des efforts dĂ©libĂ©rĂ©s doivent ĂȘtre dĂ©ployĂ©s pour les rĂ©soudre, ajoutant que blĂąmer le Rwanda ne les rĂ©soudra en aucune façon non plus . Il s’adressait Ă une confĂ©rence de […]
RDC: Leta yafatiriye amabuye yâagaciro ya miliyari 1,5 $ yendaga koherezwa hanze
Ububiko bw’umuringa na cobalt bibarirwa agaciro ka miliyari 1.5 y’amadolari ya Amerika byafatiwe muri Repubulika ya Demokarsi ya Congo aho bivugwa ko sosiyete yâAbashinwa, Cmoc, nyiri amabuye y’agaciro yafatiriwe, itari ifite uruhushya rwo kuyohereza hanze . Inkomoko yâikibazo, ngo haba harabaye kutumvikana hagati yâAbashinwa nâumufatanyabikorwa, ari we GĂ©camines, sosiyete ya RDC ishinzwe ubucukuzi bwâamabuye yâagaciro […]
Nyagatare en tĂȘte des contrats de performances
Le district de Nyagatare a Ă©tĂ© classĂ© premier pour la rĂ©alisation des Imihigo (contrats de performance) avec 81,64 % pour l’annĂ©e 2021-2022, suivi des districts de Huye et de Rulindo, avec 80,97 % et 79,86 %, respectivement. Burera est arrivĂ© dernier avec 61,79% . Les trois premiers districts ont Ă©tĂ© rĂ©compensĂ©s pour leurs performances exceptionnelles […]
France: NoĂ«l Le GraĂ«t wayoboraga ishyirahamwe ryâumupira wâamaguru (FFF) yeguye ku mirimo ye
Kuri uyu wa Kabiri, itariki 28 Gashyantare, Perezida wâIshyirahamwe ryâUmupira wâAmaguru mu Bufaransa (FFF) , NoĂ«l Le GraĂ«t yeguye ku mirimo ye mu gihe ari gukorwaho iperereza ku itoteza ndetse na nyuma yâubugenzuzi bwategetswe na minisiteri ya siporo . Muri Mutarama, uyu mugabo w’imyaka 81 yari yahagaritswe ku buyobozi bwâishyirahamwe ryâumupira wâamaguru mu Bufaransa (FFF) […]
Indege zâindwanyi 19 zâu Bushinwa zongeye kuvogera ikirere cyâubwirinzi cya Taiwan
Minisiteri yâingabo muri Taiwan iravuga ko indege 19 zâintambara zâu Bushinwa zinjiye mu kirere cyâubwirinzi cyabo mu masaha 24 ashize, kikaba ari kimwe mu byo Taipei yita gutotezwa buri gihe na Beijing . Kuri uyu wa Gatatu, minisiteri yâingabo muri Taiwan yavuze ko indege zâindwanyi 19 bâAbashinwa zo mu bwoko bwa J-10 zinjiye mu mfuruka […]
U Bufaransa: Urukiko rwateye utwatsi ikirego cyâimiryango yâAbagande irega TotalEnergies
Kuri uyu wa Kabiri, itariki 28 Gashyantare, urukiko rwo mu Bufaransa rwanze ikirego kirega sosiyete TotalEnergies kubera umushinga munini wa peteroli muri Uganda na Tanzaniya nyuma yâuko imiryango myinshi itegamiye kuri Leta yasabye guhagarika umushinga utavugwaho rumwe . Nirwo rubanza rwa mbere rwâubu bwoko mu Bufaransa, kandi impirimbanyi zari zizeye ko bizatangiza urubanza rwemewe n’amategeko […]
Intara ya Los Angeles yemeye kwishyura umugore wa Kobe Bryant miliyoni hafi 29$ nyuma yo kuyitsinda mu rubanza
Intara ya Los Angeles yemeye kwishyura miliyoni hafi 29 zâamadorari umupfakazi wâicyamamare muri NBA, Kobe Bryant, nyuma yâuko abapolisi basangije amashusho yâimpanuka ya kajugujugu yamuhitanye mu myaka ibiri ishize . Bryant n’umukobwa we Gianna bapfiriye hamwe n’abandi barindwi igihe indege yagwaga mu gace ko muri Los Angeles. Umugore we, Vanessa Bryant, yareze, avuga ko abatabaye […]
Kenya: Igitero cyâamabandi yitwaje intwaro cyavanye abaturage mu byabo
Nyuma y’iminsi mike Perezida William Ruto ategetse kohereza ingabo zâingabo zâigihugu cya Kenya (KDF) mu turere dukunze kwibasirwa nâamabandi, kuri iki Cyumweru, itariki ya 26 Gashyantare, amabandi yitwaje intwaro yagabye igitero nijoro i Lomelo, mu Ntara ya Turkana abaturage bahunga nkâabahunga intambara . Amakuru atandukanye yagaragaje ko igitero cyatangiye iminota mike mbere ya saa sita […]
La population du Rwanda dépasse les 13 millions
La population du Rwanda est passĂ©e de 10,5 millions en 2012 Ă 13,2 millions en 2022, indiquant un taux de croissance dĂ©mographique annuel de 2,3 %, selon les rĂ©sultats publiĂ©s lors du rĂ©cent recensement de la population . Selon les perspectives, il y a 3 312 743 mĂ©nages et la taille moyenne actuelle des mĂ©nages […]
Uwahoze ari umujyanama wa Tshisekedi uvugwaho gukorana nâu Rwanda yaba arembeye muri gereza
“Bwana Biselele ararembye cyane. Yasabye kurekurwa by’agateganyo kugira ngo ajye kwivuza”, uyu ni MaĂźtre Bopaul Mupemba, umunyamategeko wunganira uwahoze ari umujyanama wihariye wa Perezida FĂ©lix Tshisekedi kuri ubu ufungiwe muri Gereza ya Makala . Mu kiganiro yagiranye na TOP CONGO FM , Me Mupemba yagize ati “Afite ikibazo cy’umugongo kandi ukuboko kwe kw’iburyo ni ikibazo. […]
Guverinoma iri gutekereza ukuntu amafaranga acibwa mu kuyahererekanya yagabanyuka
Guverinoma yâu Rwanda irimo gutekereza ku buryo bwo kugabanya amafaranga yishyurwa mu kwishyurana hakoreshejwe ikoranabuhanga, ndetse ikabikuraho mu gihe amafaranga yishyurwa atarenze amafaranga 10,000, hagamijwe kugabanya ibiciro ku bakoresha ubu buryo no kuzamura umuco wo kwishyurana hakoreshejwe ikoranabuhanga . Kuri Jean-Claude Inyamibwa, utuye mu Karere ka Gasabo akaba nâumumotari, asanga kugabanya amafaranga acibwa mu kwishyura […]
Macron aragaragaza icyerekezo gishya cya Politiki yâu Bufaransa kuri Afurika mu gihe ategerejwe i Kinshasa nâahandi
Kuri uyu wa Mbere, itariki ya 27 Gashyantare, Perezida wâu Bufaransa, Emmanuel Macron, mu ngoro ya ĂlysĂ©e, arageza ku gihugu ijambo ku cyerekezo cya politiki ye kuri Afurika mu myaka iri imbere. Ni ijambo rije mbere gato yâurugendo Perezida wâu Bufaransa ateganya gukorera mu bihugu bine byo muri Afurika yo hagati: Gabon, Angola, Congo na […]
Somalia: Impanuka ya kajugujugu yâIngabo za ATMIS yahitanye 3 abandi 8 barakomereka
Abantu batatu barapfuye abandi umunani barakomereka ubwo kajugujugu yakoreshwaga nâUbutumwa bwâAmahoro bwâUmuryango wa Afurika Yunze Ubumwe muri Somaliya (ATMIS) yakoraga impanuka mu karere ka Lower Shabelle nkâuko byatangajwe kuri iki Cyumweru gishize . Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara na ATMIS, yavuze ko kajugujugu yari itwaye abagenzi 11 barimo n’abasirikare bo mu gisirikare cya Somaliya, yari mu […]
Perezida Zelensky aremeza ko Putin azicwa nâumwe mu bamwegereye
Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, yavuze ko yemera ko Perezida w’u Burusiya Vladimir Putin amaherezo azicwa n’umwe mu bantu be ba hafi nkâuko byatangajwe nâikinyamakuru The Telegraph . Mu gihe u Burusiya bwibasiwe nâibihano bikaze kubera gutera Ukraine muri Gashyantare umwaka ushize, abatavuga rumwe mu bya politiki na Putin ngo bazashaka kumukuraho, nk’uko Zelensky yabitangarije […]
Tanzania: Perezida Samia Suluhu yagize umuraperi Mwana FA minisitiri wungirije
Perezida wa Tanzania, Samia Suluhu Hassan, yagize umuraperi Hamisi Mwinjuma, uzwi nka Mwana FA, Minisitiri wungirije ushinzwe umuco, ubuhanzi na siporo nkâuko tubikesha The Citizen . Mu ivugurura ryatangajwe kuri iki Cyumweru, itariki ya 26 Gashyantare, nâubuyobozi bushinzwe itumanaho muri perezidansi, Mwana FA yasimbuye kuri uyu mwanya Pauline Gekul wagizwe minisitiri wungirije ushinzwe itegeko nshinga […]
Imyigaragambyo isaba guhagarika guha intwaro Ukraine yahuruje ibihumbi nâibihumbi mu Budage
Kuri uyu wa Gatandatu,itariki 25 Gashyantare, imyigaragambyo yo kwamagana guha Ukraine intwaro zo kurwana nâu Burusiya yakusanyije abantu 10,000 mu Budage, yanenzwe nâabayobozi bakuru ba guverinoma ndetse abapolisi benshi boherezwa kugira ngo babungabunge umutekano . Iyi myigaragambyo yateguwe nâumunyapolitiki ukomeye utavuga rumwe nâubutegetsi, yabaye nyuma yâumunsi umwe hibutswe umwaka ushize u Burusiya buteye Ukraine, aho […]
Impanuka yâubwato bwâabimukira mu Butaliyani yahitanye byibuze 30
Byibuze abantu 30 bapfuye nyuma yâaho ubwato bwâabimukira bwarohamye ku nkombe zâiburasirazuba bwâakarere ka Calabria mu Butaliyani, nk’uko ANSA nâibindi biro ntaramakuru byâu Butaliyani byabitangaje kuri iki Cyumweru . ANSA yavuze ko imirambo igera kuri 27 yabonetse amazi yayitwaye ku nkombe za Steccato di Cutro, ahantu hâibiruhuko hafi yâinyanja mu ntara ya Crotone, ndetse nâindi […]