U Burusiya bwagize ibyo busaba Ukraine intambara igahita ihagarara
Umuvugizi wa Perezidansi y’u Burusiya, Kremlin, Dmitry Peskov, yatangaje ko u Burusiya busaba ko Ukraine ihagarika ibikorwa bya gisirikare, igahindura itegeko nshinga kugira ngo ireke kubogama, kwemera ko Crimea ari intara y’u Burusiya kandi ikemera ko repubulika za Donetsk na Lugansk ari intara zigenga. Peskov kuri uyu wa Mbere yatangarije Reuters ko u Burusiya bwabwiye […]
Ubukungu bw’akarere bwongeye kuzanzahuka – EAC
Inama ya 25 isanzwe ya komite ishinzwe ifaranga y’Umuryango w’ibihugu by’Afurika y’Iburasirazuba (EAC) yavuze ko iterambere ry’akarere ryazanzahutse mu 2021 kugera ku kigereranyo cya 4.2%, nk’uko EAC yabitangaje mu itangazo ryasohowe ku wa Gatanu ushize. Itangazo ryashyizwe ahagaragara nyuma y’inama n’icyicaro gikuru cya EAC mu Mujyi wa Arusha uherereye mu majyaruguru ya Tanzania, ryerekanye ko […]
Misile z’u Burusiya zasenye ikibuga cy’indege cya gisivili – Perezida Zelensky
Kuri iki Cyumweru, Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, yavuze ko misile nyinshi z’u Burusiya zasenye ikibuga cy’indege cya gisivili i Vinnytsia rwagati muri Ukraine. Imijyi myinshi hamwe n’ibirindiro byo mu kirere muri Ukraine byatewe ibisasu, birasa cyangwa byibasirwa na misile ballistique ziva mu Burusiya ku munsi wa 11 w’ibitero byabwo. Ariko Vinnytsia iri mu burengerazuba […]
Rubavu: Hafashwe uwageragezaga guha umupolisi ruswa ya 2000 Frw
Kuwa Gatandatu tariki ya 05 Werurwe, Polisi ishami rishinzwe umutekano wo mu muhanda mu Karere ka Rubavu ryafashe umushoferi witwa Habumugisha Jean Marie Vianney ahaye ruswa y’ibihumbi 2000 Umupolisi kugira ngo atamuhanira amakosa yo kutagira icyangombwa cy’ubuziranenge cy’imodoka ye, Ibi byabereye mu Murenge wa Rugerero, mu Kagali ka Gisa, Umudugudu wa Gisa. Umuvugizi wa Polisi […]
Perezida wa Ukraine aravuga ko Ingabo z’u Burusiya zitegura gusuka ibisasu kuri Odesa
Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelenskyy, yatangaje ko Ingabo z’u Burusiya zitegura gutera ibisasu ku mujyi munini wa Odesa uri ku nkombe z’Inyanja y’Umukara. Kuri iki Cyumweru nk’uko tubikesha Al Jazeera, Zelenskyy yagize ati: “Barimo kwitegura gutera ibisasu kuri Odesa.” “Abarusiya bakunze kuza muri Odesa. Buri gihe bumva basusurutse gusa muri Odesa…None ubu? Ibisasu kuri Odesa? […]
Igisirikare cya Uganda cyibitseho izindi drones kabuhariwe mu butasi

Igisirikare cya Uganda kiravugwaho kuba cyaguze byibuze amaduzeni abiri ya drones z’ubutasi zo mu bwoko bwa Elbit Systems Hermes 900 Kochav zifite ubushobozi bwo kugendera ku ntera iringaniye no kumara igihe kirekire mu kirere. Drones za Hermes 900 zagaragaye muri videwo yasangijwe ku ya 24 Gashyantare na Lt. Gen. Muhoozi Kainerugaba, umuyobozi w’ingabo za Uganda […]
Yasubiye muri kaminuza yizemo ajyanwe no kwiyahura kubera ubushomeri
Umugabo warangije muri Kaminuza ya Kyambogo, mu gihugu cya Uganda, muri 2019 yiyahuye nyuma yo kumara imyaka ashaka akazi ariko akakabura. Ku wa Gatanu, Brian Wetaka wahawe impamyabumenyi y’icyiciro cya 2 muri Chemical Engineering, yasubiye ahaherereye ibyumba by’amashuri yahoze yigamo maze ariyahura. Abashinzwe umutekano wa Kaminuza ya Kyambogo bavuze ko, nyakwigendera yasize yanditseho urwandiko mbere […]
Mu gihe kitarenze ukwezi buri karere kagiye kongerwamo umukozi wa MAJ
Mu gihe kitarenze ukwezi kumwe muri buri karere hazaba hongewemo umukozi umwe ushinzwe gufasha abaturage mu by’amategeko uzwi kw’izina rya MAJ nk’uko byatangajwe na Minisiteri y’Ubutabera. Minisiteri y’Ubutabera mu Rwanda, ivuga ko muri gahunda zo gukangurira abaturage kumenya no gusobanukirwa uburenganzira bwabo mu by’amategeko, hagiye gushyirwaho undi mukozi mushya muri buri karere ushinzwe gutanga ubufasha […]
RDC: Uduce dutatu twagenzurwaga n’inyeshyamba twigaruriwe na FARDC
Minisitiri w’ingabo z’igihugu ndetse n’abahoze ari abasirikare berekanye incamake y’ibikorwa bya gisirikare n’umutekano by’igihugu “bikomeje kugenzurwa n’igisirikare ndetse n’abandi bashinzwe umutekano ” aho uduce dutatu twakuwe mu maboko y’inyeshyamba. Mu nama y’abaminisitiri yabaye ku wa Gatanu, itariki ya 04 Werurwe 2022, yerekanye ko ibikorwa by’ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) n’ingabo z’igihugu cya […]
60% des Rwandais entièrement vaccinés contre le Covid
Le Rwanda fait pression pour atteindre un nombre très Ă©levĂ© de personnes vaccinĂ©es dans le but de protĂ©ger la population contre la pandĂ©mie de Covid-19. Le ministère de la SantĂ© a annoncĂ© jeudi, que jusqu’Ă prĂ©sent, 60 % de la population totale [12,95 millions (2020)] avaient Ă©tĂ© entièrement vaccinĂ©s. Les vaccins COVID-19 aident Ă dĂ©velopper […]
Rurageretse hagati ya UNITED SPIRITS n’abo irega guteza cyamunara ibicuruzwa byayo

Kuri uyu wa Kane, itariki 03 Werurwe 2022, mu Rukiko Rukuru rw’Ubucuruzi haburanishijwe ubujurire ku rubanza RC000171/2022/TC hasabwa gutesha agaciro cyamunara yo kuwa 31/01/2022 yakorewe ku bicuruzwa by’Umuhinde Manish Kumar nyiri UNITED SPIRITS urega mugenzi we w’Umuhinde Rishi Arya, Umuhesha w’Inkiko Kagame K. Festo n’umucuruzi Nsengumuremyi Anathole . Ni ibicuruzwa bigizwe by’inzoga UNITED SPIRITS Ltd […]
Ukraine: Uruganda runini rw’ingufu za kirimbuzi mu Burayi rwafashwe n’inkongi nyuma y’igitero cy’u Burusiya
Kuri uyu wa Gatanu, minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Ukraine yatangaje ko uruganda rw’ingufu za kirimbuzi runini mu Burayi rwafashwe n’inkongi y’umuriro nyuma y’igitero cy’u Burusiya, asaba ko hashyirwaho akarere k’umutekano. Ibiro ntaramakuru RIA bivuga ko Minisiteri ishinzwe ingufu za kirimbuzi muri Ukraine ivuga ko igice cy’uruganda cyahiye bitewe n’igitero cy’ingabo z’u Burusiya. Minisitiri w’ububanyi n’amahanga […]
Kagame a prĂ©sidĂ© l’ouverture officielle du Forum rĂ©gional africain sur le dĂ©veloppement durable
Le prĂ©sident Paul Kagame a prĂ©sidĂ© l’ouverture officielle du Forum rĂ©gional africain sur le dĂ©veloppement durable (ARFSD-8) au Centre des congrès de Kigali. Le forum, qui se dĂ©roulera pour la huitième fois, se tiendra sous le thème “Mieux aller de l’avant : une Afrique verte, inclusive et rĂ©siliente prĂŞte Ă rĂ©aliser l’Agenda 2030 et l’Agenda […]
Gicumbi: Umugabo akurikiranweho gusambanya umwana yareraga
Ubushinjacyaha Urwego Rwisumbuye rwa Gicumbi, kuri uyu wa Gatatu, Itariki ya 02 Werurwe 2022, bwaregeye Urukiko umugabo w’imyaka 37 y’amavuko ubarizwa mu Karere ka Gicumbi, Umurenge wa Kageyo, Akagari ka Nyamiyaga, bukurikiranyeho icyaha cyo gusambanya umwana w’ umugore babana kuko yaje kuhashaka afite uwo mwana w’umukobwa w’imyaka 15 y’amavuko. Ubushinjacyaha Bukuru dukesha iyi nkuru buvuga […]
Papa Francis agiye kugirira uruzinduko muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo

Papa Francis azakora urugendo rw’ivugabutumwa muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kuva ku ya 2 kugeza ku ya 5 Nyakanga. Intumwa ya Papa muri iki gihugu ni yo yabitangaje, kuri uyu wa Kane, itariki ya 03 Werurwe 2022, mu kiganiro n’abanyamakuru cyabereye i Kinshasa nk’uko tubikesha Mediacongo.net. Urugendo rwe muri Congo-Kinshasa ni igisubizo ku butumire […]
Uwera Jean Pierre avuga ko amaze imyaka 8 asorera ubutaka abandi babubyaza umusaruro
Abanyamategeko bunganira Murangwayire Josiane na bagenzi be baregwa na Uwera Jean Pierre kuba baramutwariye ubutaka busaga m2 120, basabye ko Urukiko Rwisumbuye rwa Gasabo rutakwakira ikirego cye ahubwo gikwiye kujyanwa mu karere mu gihe we asanga hakwiye gutangira urubanza mu mizi rukava mu nzira kuko rumaze igihe kirekire asorera ubutaka, buri mu Gakiriro ka Gisozi, […]
NYANZA: La police rĂ©cupère l’argent des fraudeurs, cinq arrĂŞtĂ©s
La Police nationale du Rwanda (RNP), le lundi 28 fĂ©vrier, a arrĂŞtĂ© cinq escrocs prĂ©sumĂ©s dans le district de Nyanza, qui appartiennent au mĂŞme rĂ©seau, qui volait des rĂ©sidents sans mĂ©fiance. Ces raquettes, qui escroquaient les gens avec de l’or factice, ont Ă©tĂ© arrĂŞtĂ©es vers 17 heures, dans le village de Rwabihanga, cellule de Gati, […]
Abirabura barimo gukorerwa ivangura ku mipaka bacaho bahunga bava muri Ukraine
Barlaney Mufaro Gurure, umunyeshuri wiga ibijyanye n’ikirere ukomoka muri Zimbabwe, amaherezo yari ageze imbere y’umurongo w’amasaha icyenda ku mupaka w’iburengerazuba bwa Ukraine wambukiranya umupaka wa Krakovets nyuma y’urugendo rw’iminsi ine. Igihe cye cyari kigeze ngo yambuke. Ariko ushinzwe kurinda umupaka yaramusunitse we n’abandi banyeshuri bane b’Abanyafurika yari ari kumwe nabo, bareka Abanya-Ukraine baratambuka. Byatwaye amasaha, […]
Rwanda: Umuhinde arasaba kurenganurwa nyuma yaho umuhesha w’inkiko afatiriye ibintu bye

Umuhinde Manish Kumar ukorera mu Rwanda ufite sosiyete y’ubucuruzi yitwa UNITED SPIRITS Ltd ibarizwa mu Mudugudu wa Gishushu, Akagari ka Nyarutarama, Umurenge wa Remera, Akarere ka Gasabo, Umujyi wa Kigali, aratabaza Leta avuga ko yarenganijwe mu rubanza mu rukiko rw’ubucuruzi nyuma y’aho ibicuruzwa bye bigizwe n’inzoga zo mu bwoko bwa liqueur bifatiriwe inshuro zirenze ebyiri […]
Uganda: Umusirikare wo mu mutwe w’ingabo zidasanzwe yakatiwe imyaka 33 y’igifungo
Urukiko Rukuru rwa Gisirikare rwa Makindye muri Uganda rwakatiye Private Sam Omeno wo mu mutwe w’ingabo zidasanzwe-SFC na Nathan Esia, w’umusivili igifungo cy’imyaka 33 kubera kwiba amashilingi 750.000. Ku wa mbere, Urukiko Rukuru ruyobowe na Lt. Gen. Andrew Gutti rwahamije aba bombi icyaha cyo kwiba ku cyumweru gishize. Omeno wo mu mutwe w’ingabo zidasanzwe na […]
L’homme d’affaires recherchĂ© au Rwanda dĂ©cide de bloquer l’extradition du Kenya
Les mĂ©dias de Nairobi, le mardi 1er mars, ont indiquĂ© que l’homme d’affaires kenyan dont la sociĂ©tĂ© de dĂ©veloppement immobilier a escroquĂ© des acheteurs immobiliers rwandais il y a 10 ans, s’est adressĂ© Ă la Haute Cour du Kenya pour arrĂŞter son extradition et annuler les alertes rouges Ă©mises contre lui par Interpol. Nathan Lloyd […]
Canada igiye guha Ukraine intwaro zisenya ibifaru
Kuri uyu wa Mbere, Minisitiri w’intebe wa Canada, Justin Trudeau, yavuze ko Canada izaha Ukraine intwaro zisenya ibifaru ndetse n’amasasu yazamuye mu kuyifasha mu ntambara irwana n’u Burusiya. Trudeau yabwiye abanyamakuru muri Ottawa ati: “Canada izakomeza gutanga inkunga yo gufasha ubutwari mu bwirinzi bwa Ukraine mu kurwanya ingabo z’u Burusiya”. Yakomeje agira ati “Turatangaza ko […]
RDC: Inyeshyamba 17 za ADF ziciwe mu mirwano izindi zirafatwa
Abarwanyi b’inyeshyamba cumi na barindwi bo mu mutwe wa ADF bishwe n’ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) ku gicamunsi cyo ku wa Mbere, itariki 28 Gashyantare 2022, muri Sheferi ya Watalinga, muri Teritwari ya Beni, Intara ya Kivu y’Amajyaruguru. Nk’uko byatangajwe n’umuvugizi w’ibikorwa bya Sokola1 Grand Nord, Capt. Anthony Mwalushayi wemeje aya makuru […]
Amerika yirukanye abadipolomate basaga 10 b’u Burusiya bashinjwa ubutasi
Ku wa Mbere Amerika yirukanye abadipolomate 12 b’u Burusiya ku cyicaro cy’Umuryango w’Abibumbye i New York ibashinja kuba barajyanywe muri Amerika n’ibikorwa by’ubutasi. Olivia Dalton, Umuvugizi w’Abadipolomate b’Abanyamerika muri Loni, mu ijambo rye yagize ati: Yavuze ko abarebwa n’iki cyemezo barenze ku nshingano zabo bakajya mu bikorwa by’ubutasi bibangamiye umutekano wa Amerika. Yavuze kandi ko […]
Le diocèse de Byumba obtient un nouvel évêque alors que Nzakamwita prend sa retraite
Le pape François a nommĂ© lundi Papias Musengamana comme nouvel Ă©vĂŞque du diocèse de Byumba, en remplacement de Mgr Servilien Nzakamwita qui part Ă la retraite. Nzakamwita a dirigĂ© le diocèse de Byumba depuis 1996 jusqu’Ă ce qu’il ait rĂ©cemment demandĂ© sa retraite au pape. L’homme de 55 ans, qui a Ă©tĂ© Ă©levĂ© au rang […]
An-225 Mriya yari indege ya mbere nini ku Isi yasenyewe mu ntambara y’u Burusiya kuri Ukraine
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Ukraine, Dmytro Kuleba, avuga ko indege nini cyane ku Isi, Antonov 225 Mriya, yasenyewe mu gitero cy’u Burusiya. Kuri iki Cyumweru gishize, Kuleba yanditse ku rubuga rwa twitter ati: “U Burusiya bushobora kuba bwasenye ‘Mriya’ yacu. Ariko ntibazigera basenya inzozi zacu z’igihugu cy’u Burayi gikomeye, cyisanzuye kandi kigendera kuri demokarasi.” Yakomeje […]
Imitwe ya Mai-Mai na Red Tabara iravugwaho kugaba ibitero ku mpunzi z’Abanyamulenge
Umutwe wa Mai Mai uravugwaho kwihuza na RED Tabara y’Abarundi bikagaba ibitero ku mpunzi z’Abanyamulenge zahungiye mu duce twa Bwegera na Mutalure muri Teritwariya Fizi nk’uko amakuru aturuka muri muri Kivu y’Amajyepfo avuga. Sosiyete Sivili yo muri Kivu y’Amajyepfo yemeje iby’aya makuru ivuga ko iki gitero cyabaye kuri iki Cyumweru itariki 27 Gashyantare 2022 nk’uko […]
U Bushinwa bwatereranye u Burusiya imbere y’Akanama ka Loni
Igihugu cy’u Bushinwa kuwa Gatanu ushize bwanze gushyigikira u Burusiya imbere y’Akanama k’Umutekano ka Loni, buhitamo kwifata ku ngingo Amerika yamuritse yamagana ibitero burikaga muri Ukraine. Uretse u Bushinwa busanzwe ari inshuti magara y’u Burusiya, Usibye ko “muri politiki hataba inshuti haba inyungu”, bwirinze kwemeza cyangwa ngo buhakane kuri iyo ngingo. Ambasaderi Zhang Jun, uhagarariye […]
Ishyirahamwe Mpuzamahanga rya Judo ryafatiye ibihano Perezida Putin
Kuri iki Cyumweru, Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin yahagaritswe ku kuba perezida w’icyubahiro w’Ishyirahamwe Mpuzamahanga ya Judo (IJF). Bivuze ko yatakaje by’agateganyo umwanya we wo hejuru muri siporo y’Isi Iri shyirahamwe ryavuze ko “amakimbirane y’intambara akomeje muri Ukraine” ari yo mpamvu yo guhagarika Putin nk’uko iyi nkuru dukesha Euronews ikomeza ivuga. Mu itangazo rigufi ryanyujijwe […]
Ingabo z’u Burusiya zinjiye mu mujyi wa kabiri wa Ukraine witwa Kharkiv
Mu gihe ingabo z’u Burusiya zinjiye mu mujyi wa Kharkiv, umujyi wa kabiri wa Ukraine, ibitero na byo birakomeje hirya no hino ku mu nkengero z’umurwa mukuru wa Ukraine. Amashusho yakwirakwijwe kuri internet yerekanaga umuriro n’umwotsi nyuma y’ibitero bya misile by’u Burusiya byibasiye umujyi ijoro ryose. Igitero kimwe ahatunganyirizwa peteroli mu mujyi wa Vasylkiv, mu […]
Kenya: Ishyaka riri ku butegetsi ryiyemeje gushyigikira Raila Odinga mu matora ataha
Ishyaka Jubilee riri ku butegetsi muri Kenya ryiyemeje gushyigikira umuyobozi w’abatavuga rumwe n’ubutegetsi Raila Odinga mu matora y’umukuru w’igihugu ateganijwe muri Kanama 2022, aho gushyigikira Visi Perezida William Ruto, na we watangaje kandidatire ye. Uwahoze ari imfungwa ya politiki, Raila Odinga, w’imyaka 77, akaba yariyamamaje inshuro enye ku mwanya wa perezida atsindwa, kuri ubu ashyigikiwe […]
Abapilote 2 b’Abatanzaniya baguye mu mpanuka yahitanye abari mu ndege bose muri Comores
Kuri uyu wa Gatandatu, indege nto yagurukaga hagati y’ibirwa bibiri biri mu birwa bya Comores byo mu Nyanja y’u Buhinde, irimo abagenzi cumi na babiri hamwe n’abapilote babiri, yaguye ku nyanja abarimo bose barapfa. Minisiteri ishinzwe gutwara abantu n’ibintu yagize iti: “Ibikorwa by’ishakisha birakomeje (…) batangiye kubona ibisigazwa by’indege mu gace ka Djiezi ku nkombe […]
Umuyobozi wa CNDD-FDD arashinjwa kongera guhamagarira abantu ubwicanyi
Umunyamabanga mukuru w’ishyaka CNDD-FDD, RĂ©verien Ndikuriyo, aravugwaho kuba kuwa Kane yarongeye guhamagarira abantu ubugizi bwa nabi mu ijambo yavugiye mu masengesho yateguwe n’iri shyaka ku ngoro yaryo, aho bamwe bavuga ko ibintu bikunze gutangazwa n’uyu mugabo biteye isoni ndetse yivanga mu kazi k’inzego z’ubutabera n’umutekano. Muri aya masengesho Ndikuriyo mu magambo y’Ikirundi yagize ati:« … […]
Nta muntu numwe twari twatera urukingo muri Ruhango tumuhambiriye – Meya Habarurema
Ubuyobozi bw’Akarere ka Ruhango, burahakana ko hari abaturage bakingirwa Covid-19 ku ngufu ariko ngo nta kabuza bose bazikingiza kuko ubu barimo kubikora ku bushake. Aka karere ni kamwe mu gihugu kagezemo abihayimana, mbere y’utundi, ibi bikaba byaratumye iyobokamana n’imyemerere yaryo ishinga imizi mu mitima y’abagatuye. Bivugwa ko ubwo gukingira Covid_19 byatangiraga muri aka karere, bamwe […]
Le patron de l’Autorité rwandaise du logement, Nshimyumuremyi, arrêté
Le Bureau d’enquĂŞte rwandais (RIB) a confirmĂ© avoir sous sa garde le directeur gĂ©nĂ©ral de l’AutoritĂ© rwandaise du logement, Felix Nshimyumuremyi et le co-accusĂ©, Emile Alexis Mugisha, faisant l’objet d’une enquĂŞte pour corruption. Thierry B Murangira, porte-parole de RIB, a dĂ©clarĂ© au New Times que le duo avait Ă©tĂ© arrĂŞtĂ© après avoir reçu plus de […]
U Burusiya bwakangishije Amerika Sitasiyo Mpuzamahanga y’Isanzure (ISS)
Umuyobozi w’ikigo gishinzwe isanzure cy’u Burusiya yavuze ko ibihano Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’abafatanyabikorwa bayo bafatiye u Burusiya kubera gutera Ukraine bishobora gusenya ubufatanye kuri Sitasiyo Mpuzamahanga y’Isanzure (ISS). Nyuma y’uko Perezida Biden atangarije ku wa kane ko Amerika izafatira ibihano amabanki akomeye yo mu Burusiya kandi igashyira ubugenzuzi ku byoherezwa mu Burusiya kugira […]
Ingabo z’u Burundi zongeye kugaragara zinjira muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo
Urujya n’uruza rushya rw’abantu bitwaje intwaro bambaye impuzankano y’igisirikare cy’u Burundi rwongeye kugaragara mu kibaya cya Ruzizi, mu gace ka Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo. Amakuru aturuka muri ako gace amenyesha ko izo ngabo zambutse Uruzi rwa Ruzizi ahitwa Kibirizi, muri Gurupoma ya Luberizi, kuva icyumweru cyatangira. Umuryango waho uharanira uburenganzira bwa muntu APEVOV […]
Kubera iki Perezida Biden atazohereza ingabo muri Ukraine
Perezida Joe Biden ubu ari gukoresha diplomasi mu kurwanya igitero cy’u Burusiya kuri Ukraine. Ubuyobozi bwe ntibwahwemye gutangaza umuburo w’imperuka ku gitero u Burusiya bwateguraga amaherezo cyashyizwe mu bikorwa ku itariki 24 Gashyantare 2022. Biden yasobanuye ko Abanyamerika badashaka intambara, nubwo Abarusiya babishaka. Byongeye kandi, yanze kohereza ingabo muri Ukraine gutabara Abanyamerika, biramutse bigeze aho. […]
Inyandiko za Gacaca zigiye kujya ziboneka mu buryo bw’ikoranabuhanga
Minisitiri w’ubumwe bw’igihugu n’inshingano mboneragihugu, Jean-Damascène Bizimana yavuze ko gusikana no kubika mu buryo bw’ikoranabuhanga kopi zigera kuri miliyoni 43 z’ububiko bw’Inkiko za Gacaca byarangiye, ariko zizaba ziboneka ku mugaragaro mu 2024 nyuma yo guhuza buri dosiye n’uwarezwe. Ku wa kane, itariki ya 24 Gashyantare, Minisitiri Bizimana yabwiye Abasenateri ati: “Ibi biduha ibyiringiro kuko niyo […]
La ministre burundaise de la justice au Rwanda pour des entretiens avec son homologue
La ministre burundaise de la justice conduit une dĂ©lĂ©gation au Rwanda pour une visite de travail visant Ă la poursuite des efforts de normalisation des relations entre les deux pays. La ministre Domina Banyankibona et sa dĂ©lĂ©gation ont rencontrĂ© vendredi son homologue rwandais, Emmanuel Ugirashebuja, lors d’une rĂ©union qui s’est tenue au bureau de ce […]
Perezida Zelenskyy aravuga ko ari we gipimo No. 1 cy’u Burusiya
Perezida w Ukraine, Volodymyr Zelenskyy, avuga ko ari ‘igipimo cya mbere’ cya Moscou mu gihe Ingabo z’u Burusiya zafashe uruganda rwa Chernobyl zinjira mu murwa mukuru, Kyiv. Perezida Zelenskyy yasezeranyije kuguma i Kyiv mu gihe ingabo ze zirwana n’ingabo z’u Burusiya zerekeza ku murwa mukuru mu gitero kinini cyagabwe ku gihugu cy’u Burayi kuva Intambara […]
Umuyobozi w’Umujyi wa Bukavu wari umaze umwaka ahagaritswe yasubijwe mu kazi
Mu iteka ry’intara ryashyizwe ahagaragara kuri uyu wa Kane, itariki ya 24 Gashyantare 2022, Guverineri w’Intara ya Kivu y’Amajyepfo, ThĂ©o Ngwabidje Kasi yatangaje isubizwa ku mirimo ye ry’umuyobozi w’Umujyi wa Bukavu wari wahagaritswe by’agateganyo, kubera ko igihe ntarengwa cyo gufatirwa ibihano cyarenze. Iteka ryatanzwe n’ubuyobozi bw’intara ryoherejwe kuri 7SUR7.CD rigira riti: “Urebye ko igihe cyo […]
Loni yahagaritse indishyi Irak yishyuraga Koweit kuva muri za 90
Igihugu cya Irak cyakomorewe indishyi cyahaga Koweit kuva mu 1991 bigizwemo uruhare n’Inteko y’Umuryango w’Abibumbye ishinzwe umutekano kw’Isi. Ku itariki ya 2 y’ukwa munani 1990, Irak ya Saddam Hussein yateye iguhugu bituranye cya Koweit, ikigarurira mu gihe gito cyane. Amahanga yarahagurutse, noneho Umuryango w’Abibumbye ufata icyemezo cyo kohereza ingabo mpuzamahanga, zari ziyobowe na Leta zunze […]
Finland ivuga ko impaka ku kwinjira muri NATO zizahinduka nyuma y’igitero cy’u Burusiya muri Ukraine
Kuri uyu wa Kane, Minisitiri w’Intebe wa Finland, Sanna Marin, yatangaje ko igitero cy’u Burusiya muri Ukraine kizahindura impaka zishingiye ku kuba umunyamuryango wa NATO mu gihugu cye. Marin yagize ati: “Muri iki gihe Finlande ntabwo ihura n’iterabwoba rya gisirikare, ariko nanone biragaragara ko impaka ku bunyamuryango bwa NATO muri Finland zizahinduka.” Finland imaze amezi […]
Amb. Rugwabiza nommĂ©e reprĂ©sentante spĂ©ciale de la mission de l’ONU en RCA
Le secrĂ©taire gĂ©nĂ©ral des Nations unies, Antonio Guterres, a nommĂ© Valentine Rugwabiza, la reprĂ©sentante permanente sortante du Rwanda auprès du siège des Nations unies Ă New York, comme sa nouvelle reprĂ©sentante spĂ©ciale en RĂ©publique centrafricaine. Rugwabiza a Ă©galement Ă©tĂ© nommĂ© chef de la Mission multidimensionnelle intĂ©grĂ©e des Nations Unies pour la stabilisation en RĂ©publique centrafricaine […]
Bombori bombori muri Diaspora Nyarwanda mu gihugu cya Malawi
Muri Diaspora Nyarwanda haravugwa ubwumvikane bucye ku ikoreshwa ry’umutungo n’ibikoresho byakusanyijwe hagamijwe gufasha imiryango yibasiwe n’umwuzure muri Malawi. Nyuma y’inama bakoze ku Cyumweru, abagize Diaspora Nyarwanda bemeranyije gusaba inkunga igizwe n’amafaranga n’ibikoresho byo guha ingo zibasiwe cyane na serwakira yiswe Ana. Ikinyamakuru Nyasa Times kivuga ko cyamenye ko amamiliyoni y’Ama-Kwacha yakusanyijwe ku mpamvu z’ubutabazi. Ariko […]
Malawi: Inzara yatumye imiryango 15 y’impunzi z’Abarundi itaha n’amaguru
Ingo zirenga 15 zigizwe n’abantu barenga mirongo itandatu bavuye mu nkambi ya Dzaleka muri Malawi bagamije gusubira mu Burundi n’amaguru. Bafashwe n’abapolisi ku mupaka wa Tanzaniya. Abantu bireba bavuga ko bahunze inzara yibasiye imiryango yabo kuva bakurwa ku rutonde rw’abagenerwabikorwa b’ishami rya Loni ryita ku Biribwa (PAM). Urugendo rwabo rurerure kandi rutoroshye rwatangiye mu mpera […]
Putin yasezeranyije ingaruka zitigeze zibaho ku witambika ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine
Perezida w’u Burusiya, Vladmir Putin yahaye gasopo uwagerageza wese kwitambika igihugu cye mu ntambara cyatangije kuri Ukraine kuri uyu wa 24 Gashyantare 2022, asezeranya ingaruka zitigeze zibaho mu mateka. Umukuru w’igihugu cy’u Burusiya uvuga ko yafashe icyemezo cy’igikorwa cya gisirikare muri Ukraine, yanamaganye icyo yita jenoside irimo gukorwa mu burasirazuba bwa Ukraine. Mu ijambo rye […]
Perezida Ndayishimiye na mugenzi we Archange Touadera bari i Kinshasa

Abakuru b’ibihugu bibiri, Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye na Perezida wa Repubulika ya Centrafrica, Faustin Archange Touadera, bakandagiye ku butaka bwa RD Congo, kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 23 Gashyantare 2022 aho bategerejwe mu nama y’abakuru b’ibihugu na za guverinoma ku masezerano ya Addis Abeba kuri uyu wa Kane, itariki 24 Gashyantare 2022. Ku […]
Misiri: Amabanga ya Credit Suisse yagaragaje uko abahungu ba Hosni Mubarak basahuye igihugu
Abahungu b’uwahoze ari Perezida wa Misiri, Hosni Mubarak, bavuzwe mu makuru y’ibanga y’abakiriya ba Credit Suisse, avuga ko banyereje bakabitsa amamiriyoni y’amadolari kuri konti yo muri iyi banki yo mu Busuwisi amamiliyoni y’Abanyamisiri akarushaho kujya mu bukene. Abahungu ba Mubarak, Alaa na Gamal bari ku rutonde rw’abakiriya ba Credit Suisse rwagiye ku mugaragaro ku Cyumweru, […]
Le district de Rubavu révise son plan directeur après des tremblements de terre volcaniques
Les consultations sur un plan directeur rĂ©visĂ© pour le district de Rubavu ont commencĂ© plus tĂ´t ce mois-ci, en mettant l’accent sur la partie de la ville qui a Ă©tĂ© la plus touchĂ©e par les tremblements de terre volcaniques de l’annĂ©e dernière, a appris The New Times. Les secousses, qui ont suivi l’Ă©ruption du volcan […]
U Burusiya bwaba buri gutegura urutonde rw’Abanya-Ukraine bagomba kwicwa intambara niba
Ibaruwa yandikiwe Umuyobozi w’Ishami rya Loni ryita ku Burenganzira bwa Muntu, Michelle Bachelet, avuga ko Amerika ifite ‘amakuru yizewe avuga ko ingabo z’u Burusiya zirimo gukora urutonde rw’Abanya-Ukraine bagomba kwicwa cyangwa koherezwa mu nkambi mu gihe haba igitero cya gisirikare muri Ukraine. Iyi baruwa ivuga kandi ku “makuru yizewe” yerekeranye no gukoresha ingufu mu “guhosha […]
Ambasaderi wa Kenya muri Nigeria yituye hasi ahita apfa
Minisiteri y’ububanyi n’amahanga yemeje ko Ambasaderi wa Kenya muri Nigeria, Dr Wilfred Machage, yapfiriye i Abuja ku gicamunsi cyo ku wa Gatandatu nyuma y’uburwayi bw’igihe gito. Minisiteri yemeje ko uyu mudipolomate w’imyaka 65 yituye hasi ari we ahita ajyanwa mu bitaro, aho byatangajwe ko yapfuye akihagera imbere y’umugore we, nk’uko minisiteri yabitangaje mu itangazo. Umunyamabanga […]
Umukozi w’ikigo nderabuzima afunzwe ashinjwa gusambanya umwana w’umuhungu
Igipolisi mu Karere ka Lamwo cyafashe umugore w’imyaka 34 ukora ku kigo nderabuzima cya Lukung III ashinjwa gusambanya umwana w’imyaka 15. Ukekwaho icyaha ubu ufungiye kuri sitasiyo ya Polisi ya Lamwo akorera muri icyo kigo nderabuzima nk’ushinzwe amakuru. Ku wa Gatanu nimugoroba, yatawe muri yombi avuye ku cyicaro cy’akarere ka Lamwo aho yari yagiye mu […]
Somalia: Igitero kuri resitora yuzuyemo abayobozi n’abanyapolitiki cyahitanye 13
Kuri uyu wa Gatandatu, byibuze abantu 13 biciwe muri Somalia rwagati nyuma y’aho umwiyahuzi yaturikirije ibisasu muri resitora yuzuyemo abayobozi n’abanyapolitiki. Umuvugizi wa polisi, Dini Roble Ahmed, yatangaje ko abapfuye ahanini bari abasivili naho abandi 20 bakomeretse mu Mujyi wa Beledweyne. Yongeyeho ko igisasu cyangirije byinshi. Ababibonye bavuga ko igisasu kinini cyaturikiye ahantu hafunguye ha […]
Perezida Zelenskyy wa Ukraine arifuza guhura na Putin bagakemura ikibazo mu mahoro
Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelenskyy, avuga ko yiteguye guhura na Vladimir Putin w’u Burusiya, kugira ngo amenye “icyo perezida w’u Burusiya ashaka” kandi avuga ko ashaka “gukemura ibibazo bihari mu mahoro”, mu gihe hari impungenge z’igitero cy’u Burusiya kuri Ukraine. Ibi nk’uko tubikesha Al Jazeera, biravugwa mu gihe biteganyijwe ko kuri iki Cyumweru, Perezida w’u […]
Amazina y’utubyiniriro ya bamwe mu bazungu babaye mu Rwanda
Hari bamwe mu bazungu babaye mu Rwanda maze Abanyarwanda kubera kutamenya indimi zabo no kubasha gufata amazina yabo bagahitamo kubaha amazina bihimbiye nk’aya twabahitiyemo dukesha Wikirwanda. Kandt Richard, Kanyoge, yari umudage aba rezida 1907-1911, agaruka muri 1913. Gudowius (liyetena) yasimbuye Kandt muri 1911. Bamuhimbye Lazima Wingens (Kapiteni) yabaye rezida muri 1914-1915. Yitwaga Tembasi Coubeau : […]
Le gouvernement dissipe les craintes concernant la hausse des frais de transfert de terres
L’AutoritĂ© rwandaise de gestion et d’utilisation des terres (RLMUA) a apaisĂ© les craintes que les frais de transfert de terres pourraient augmenter et a assurĂ© que les frais pourraient ĂŞtre rĂ©duits bientĂ´t Ă la place. Suite Ă la dĂ©cision de donner des pouvoirs aux notaires privĂ©s pour superviser les transactions foncières, le public se demande […]
Burundi: Iperereza ryafashe abantu batatu bakorana n’inyeshyamba z’Abanyarwanda
Abantu batatu bashinjwa gukorana n’inyeshyamba z’Abanyarwanda mu ishyamba rya Kibira, muri Komini Mabayi , mu Ntara ya Cibitoke mu majyaruguru y’uburengerazuba bw’u Burundi, batawe muri yombi n’urwego rw’iperereza kuwa Gatatu ushize bafite ibikoresho birimo grenades, magazine umunani, toni 2 z’ifu y’ubugari na toni y’ibishyimbo. Bari bagemuriye inyeshyamba z’Abanyarwanda mu ishyamba rya Kibira ku ruhande rw’umusozi […]
Abaherwe 10 ba mbere babayeho mu mateka, abatunze imitungo itabarika bayobowe n’Umunyafurika

Kuri ubu bizwi ko ku Isi abantu babiri ba mbere bakize ku Isi ari Elon Musk ubarirwa miliyari zisaga 200$ na Jeff Bezos ukabakaba 200, ariko ntabwo ari bo baherwe ba mbere babayeho ku Isi kuko hari abatunze amafaranga udashobora gutekereza kugeza ubu nk’uko tugite kubibona mu rutonde dukesha India Times rw’abantu 10 bakize kurusha […]