Afurika y’Epfo yapfushije undi muraperi nyuma ya AKA wishwe mu kwezi gushize

Afurika y’Epfo yongeye kujya mu cyunamo cy’urupfu rw’ikindi cyamamare nyuma y’urupfu rw’umurperi AKA mu minsi ishize . Umuraperi n’umwanditsi w’indirimbo Costa Tsobanoglou uzwi cyane ku izina rya Costa Titch yaguye ku rubyiniro ahita apfa mu iserukiramuco ry’umuziki ryaberaga i Johannesburg. Mu mashusho yagiye ahagaragara ku mbuga nkoranyambaga mu ijoro ryakeye ku wa Gatandatu, uyu musore […]

FARDC na UPDF byemeje ko biherutse kwivugana umuyobozi muri ADF

Fezza Mulalo, uzwi ku izina rya Seguja, umwe mu bafite uruhare runini mu mutwe w’iterabwoba wa ADF yishwe n’ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) zishyigikiwe n’umufatanyabikorwa wabo, UPDF, muri Teritwari ya Beni, muri Kivu y’Amajyaruguru . Nk’uko byatangajwe na Colonel Mak Hazukay, umuvugizi w’iri huriro rya gisirikare, ngo uyu muyobozi wa ADF yishwe […]

Angola kupeleka wanajeshi katika Jamhuri ya Kidemokrasia ya Kongo

Angola ilitangaza Jumamosi kutumwa kwa wanajeshi kusaidia operesheni za kulinda amani nchini Kongo, kulingana na redio ya Umoja wa Mataifa . Ilinukuu taarifa kwenye ukurasa wa Facebook wa Ofisi ya Urais wa Angola ambayo ilisema lengo kuu ni kupata maeneo ambayo wanachama wa kundi la waasi la M23 wamewekwa na kuwalinda wanachama wa Ad Hoc […]

Hakimu wa Kigali akamatwa kwa kughushi

Ofisi ya Upelelezi ya Rwanda (RIB) imemkamata hakimu wa Mahakama ya kati ya Nyarugenge, Eric Twambajimana kwa kughushi nyaraka . Kwa mujibu wa chombo hicho cha uchunguzi, Twambajimana aliwekwa kizuizini baada ya kutoa karatasi bandia za wito wa RIB kwa mtu ambaye ametoroka nchini hivyo anaweza kuzitumia kutafuta hifadhi katika nchi ya Ulaya akihoji kuwa […]

Angola igiye kubimburira ibindi bihugu bya SADC mu kohereza ingabo muri RDC

Kuri uyu wa Gatandatu, Angola yatangaje ko igiye kohereza itsinda rishinzwe gushyigikira ibikorwa byo kubungabunga amahoro ry’Ingabo za Angola (FAA), muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DRC) . Nk’uko amakuru yatangajwe ku rukuta rwa Perezidansi ya Repubulika, kuri Facebook, “intego nyamukuru y’iri tsinda ni ukurinda ibice biherereyemo M23 ndetse no kurinda abanyamuryango b’itsinda ry’ubugenzuzi rishinzwe […]

Umwarimu Muramira wa Nyakabingo yarasiwe kuri sitasiyo ya lisansi

Kuri uyu wa Kane ushize, abapolisi bo mu Karere ka Bushenyi mu burengerazuba bwa Uganda bataye muri yombi abashinzwe umutekano babiri bakorera Ruhama Veterans Uganda Ltd, bazira kurasa no kwica umwarimu wo mu shuri ribanza . Uyu mwarimu ni Onan Muramira w’imyaka 47, utuye mu kagari ka Nyakabingo1, paruwasi ya Rushinya, Umurenge wa Kakanju mu […]

Timu ya Baraza la Usalama la Umoja wa Mataifa yawasili DR Congo

Ujumbe wa Baraza la Usalama la Umoja wa Mataifa uliwasili DR Congo siku ya Alhamisi kwa ziara ya siku tatu, shirika hilo la dunia lilisema, huku mapigano makali na waasi wa M23 yakiendelea katika eneo la mashariki . Kundi la M23 limeteka maeneo mengi katika jimbo la Kivu Kaskazini nchini Jamhuri ya Kidemokrasia ya Kongo […]

Afurika y’Epfo yateye intambwe yo kugabanya umubano wa yo na Israel

Inteko Ishinga Amategeko ya Afurika y’Epfo yatoye icyifuzo cyo guhindura ambasade yayo muri Israel mo ibiro by’umuhuza, mu rwego rwo kugaragaza kutishimira ihohoterwa ridashira rikorerwa Abanyapalestine nk’uko byatangajwe n’ibinyamakuru byaho . “Turizera ko iyi izaba intambwe ya mbere yo gushyira igitutu kuri Israel ngo yubahirize uburenganzira bwa muntu, yemere uburenganzira bw’abaturage ba Palesitine, uburenganzira bwabo […]

Kenya: Hari impungenge ko imyigaragambyo yatangijwe na Odinga ishobora kuvamo urugomo

Kuri uyu wa Kane, umuyobozi w’abatavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Kenya, Raila Odinga, yatangaje ko mu gihugu hose hatangiye imyigaragambyo yo kwamagana perezida William Ruto. Nubwo Oding avuga ko ari imyigaragambyo yo mu mahoro hari impungenge ko ishobora kuvamo urugomo nk’urwo mu bihe byashize . Iki cyemezo kibaye nyuma y’uko Odinga yari yahaye guverinoma iminsi 14 […]

The FDLR, products of the genocidal ideology and executioners of the Congo – Opinion

After months of pacing television sets accusing Rwanda of being responsible for the violence in eastern DRC with all the lies and extrapolations imaginable, the Congolese government spokesperson has made a major mistake . A consequence of his risky mastery of English or media overwork? The fact remains that, cornered by his interlocutor, the minister […]

Le Rwanda participera au sommet Royaume-Uni-Afrique

Le Premier ministre britannique Rishi Sunak devrait organiser un sommet sur l’investissement entre le Royaume-Uni et l’Afrique Ă  Londres, qui comprendra des reprĂ©sentants du Rwanda et de 24 autres pays africains, a annoncĂ© le gouvernement britannique . Le sommet vise Ă  promouvoir le commerce et l’investissement dans les deux sens, Ă  favoriser l’emploi et la […]

Kabuga’s health condition sparks controversy again

Emmanuel Altit, the lawyer of Kabuga Felicien, accused of genocide against the Tutsi in 1994, asked for his release because of his poor state of health . He made the request during a hearing on March 8, 2023 after an expert report on Kabuga’s health pointed out that his condition was critical and he was […]

Urubanza rw’ubujurire rwa Prince Kid rwimuriwe ku yindi tariki

Urukiko rukuru rufite icyicaro i Kigali rwimuriye ku itariki ya 31 Werurwe, iburanisha ry’ubujurire bwerekeye uwahoze ategura amarushanwa y’ubwiza ya Miss Rwanda, DieudonnĂ© Ishimwe, uzwi cyane ku izina rya Prince Kid . Prince Kid, washinze Rwanda Inspiration Back-up, ikigo cyateguye amarushanwa y’ubwiza, ahanganye n’ibirego byo gufata ku ngufu no gusaba imibonano mpuzabitsina nyuma y’uko ubushinjacyaha […]

Un homme engage un médecin pour tuer sa femme

Le tribunal de premiĂšre instance de Luweero a commencĂ© l’audition d’une affaire dans laquelle un homme aurait conspirĂ© avec sa maĂźtresse pour soudoyer un mĂ©decin afin que la mĂšre de ses quatre enfants soit tuĂ©e par une procĂ©dure mĂ©dicale . Le Dr Onesmus Bainomugisha est un tĂ©moin clĂ© Ă  charge dans l’affaire de complot en […]

La Cour des Nations Unies statuera sur l’aptitude de Kabuga Ă  ĂȘtre jugĂ©

Un tribunal de l’ONU dĂ©cidera ce jeudi s’il convient de poursuivre le procĂšs du prĂ©sumĂ© cerveau du gĂ©nocide, Felicien Kabuga, ou de l’interrompre Ă  la suite d’un rapport mĂ©dical indiquant que l’homme de 90 ans Ă©tait “trop ????malade pour ĂȘtre jugĂ©”. L’accusation a contestĂ© le rapport mĂ©dical qui indiquait que l’homme qui est connu pour […]

Rais wa Sudan Kusini amfuta kazi waziri wa mambo ya nje

Rais wa Sudan Kusini, Salva Kiir Mayardit, alimfuta kazi Waziri wake wa Mambo ya Nje na Ushirikiano wa Kimataifa, Mayiik Ayii Deng, ghafla katika msukosuko usiotarajiwa . Deng alifarijika katika agizo la rais mwishoni mwa Jumatano ambalo lilipeperushwa na Shirika la Utangazaji la Televisheni la Sudan Kusini (SSBC) linalomilikiwa na serikali. Hakuna sababu iliyotolewa ya […]

Nyuma yo kwirukana minisitiri w’ingabo Perezida Salva Kiir yirukanye na minisitiri w’ububanyi n’amahanga

Perezida wa Sudani y’Epfo, Salva Kiir Mayardit, yirukanye mu buryo butunguranye Minisitiri w’ububanyi n’amahanga n’ubutwererane mpuzamahanga, Mayiik Ayii Deng, mu ivugurura ritari ryitezwe . Deng yakuwe ku nshingano ze mu iteka rya perezida ryo ku gicamunsi cyo kuri uyu Gatatu ushize ryanyuze kuri televiziyo ya Leta ya Sudani y’Epfo (South Sudan Broadcasting Corporation (SSBC). Nta […]

Guverineri Ndima yasabye abaturage ba Kivu y’Amajyaruguru kwirinda kwibasira Ingabo za EAC

Guverineri wa Kivu y’Amajyaruguru, Lt. Gen. Constant Ndima, yahamagariye abaturage kwirinda kwibasira imitwe y’ingabo z’akarere ka EAC. Iki cyifuzo gikubiye mu itangazo ryashyizwe ahagaragara ku wa Gatatu, itariki ya 8 Werurwe n’umuvugizi we, Lt. Col. Guillaume Ndjike Kaiko . Nk’uko iri tangazo rivuga, aba basirikare, cyane cyane Abanyakenya n’Abarundi, bamaze koherezwa mu karere ka Goma […]

Le premier général 4 étoiles rwandais est mort à 75 ans

Les Forces rwandaises de dĂ©fense (RDF) sont profondĂ©ment attristĂ©es par le dĂ©cĂšs prĂ©maturĂ© du gĂ©nĂ©ral (Rtd) Marcel Gatsinzi Ă  75 ans . Selon certaines informations, Gatsinzi est mort le 6 mars dans un hĂŽpital en Belgique oĂč il s’Ă©tait fait soigner. « Les Forces rwandaises de dĂ©fense prĂ©sentent leurs condolĂ©ances et se joignent Ă  la […]

Somalia: Abantu 13 bashinjwa gukorana na Al Shabaab n’abasirikaare 6 barasiwe ku karubanda

Kuri uyu wa Gatatu, abantu 13 bo mu mutwe w’iterabwoba al-Shabaab na ISIS / Daesh bishwe barasiwe ku karubanda muri leta yigenga bicagase ya Puntland yo mu majyaruguru y’uburasirazuba bwa Somalia . Iyicwa ryategetswe n’urukiko rwa gisirikare ryabaye ahagana mu ma saa mbiri z’igitondo mu mijyi ya Galkayo, Garowe n’umurwa mukuru w’ubucuruzi wa Leta ya […]

Ingabo za Israel zateye inkambi y’impunzi muri West Bank

Kuri uyu wa Kabiri ushize, ingabo za Israel zagabye igitero mu nkambi y’impunzi mu mujyi wa Jenin muri West Bank, zihitana byibuze abantu batandatu bitwaje imbunda bo muri Palesitine, barimo n’umuntu wo mu mutwe wa Hamas ukekwaho kuba yararashe akica abavandimwe babiri mu mudugudu w’Abayahudi hafi y’umudugudu wa Huwara . Ababibonye bavuga ko imirwano yatangiye […]

Kohereza abimukira mu Rwanda bishobora gutangira mu mpeshyi

Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza, Rishi Sunak, yavuze ko ingendo zo kohereza mu Rwanda impunzi zishobora gutangira vuba muri iyi mpeshyi, aho yakomeje avuga ko ibihumbi by’abimukira bashobora kwimurirwa mu Rwanda muri iyo gahunda . Minisitiri w’intebe yerekanye ko afite icyizere ko Guverinoma izakemura ibibazo by’amategeko kuri iyi gahunda byabujije indege iyo ari yo yose guhaguruka […]

Uganda: Sheria ya kupinga ushoga itapitishwa kwa gharama yoyote ile, anasema Spika

Spika wa Bunge la Uganda, Anita Among, amesema kuwa Mswada wa Kupinga Ushoga, 2023 utawasilishwa na kushughulikiwa haraka kwa ‘gharama yoyote ile’ . Bibi Among aliyasema hayo baada ya mbunifu wa Muswada huo, Bwana Asuman Basalirwa, kushindwa kuwasilisha Muswada huo kwa mara ya kwanza kusomwa jana kwa sababu Wizara ya Fedha haijampatia Hati ya Athari […]

Ukraine: Abacanshuro ba Wagner baremeza ko bigaruriye uburasirazuba bw’Umujyi wa Bakhmutka

Umutwe wa Wagner w’Abacaanshuro b’Abarusiya watangaje ko ugenzura “ibintu byose mu burasirazuba bw’umugezi wa Bakhmutka,” mu gihe perezidansi y’u Burusiya yateye utwatsi amakuru y’ibitangazamakuru byo muri Amerika ku bitero ku miyoboro ya gaz ya Nord Stream . Aba bacanshuro b’Abarusiya barigamba kugenzura byimazeyo igice cy’iburasirazuba bwa Bakhmut, nyuma y’amezi menshi y’imirwano ikaze muri uyu mujyi, […]

Itegeko rigena imikoreshereze y’umubiri w’umuntu n’uturemangingo ryitezweho kurokora benshi

Abakora mu rwego rw’ubuvuzi mu Rwanda baremeza ko itegeko riherutse gutorwa n’inteko ishinga amategeko muri icyo gihugu, rigena imikoreshereze y’ingingo, uturemangingo n’ibikomoka ku mubiri, rizarokora ubuzima bw’abatari bake bajyaga bananirwa kujya kwivuriza mu mahanga kuko bihenze . Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda yatoye itegeko rigena imikoreshereze y’umubiri w’umuntu, n’uturemangingo mu mpera za Gashyantare. Iri tegeko […]

Les Tutsis congolais dénoncent une campagne de menaces visant à les exclure des prochaines élections

Un groupe de Tutsis congolais Ă©tait gardĂ© par des policiers armĂ©s alors qu’ils s’inscrivaient pour voter dans la ville orientale de Nyangezi en fĂ©vrier, l’un des membres du groupe dĂ©crivant une campagne de menaces et de violence visant Ă  les exclure des prochaines Ă©lections . Une Ă©lectrice nouvellement inscrite au centre d’inscription avait le visage […]

Le pape Jean-Paul II aurait dissimulé la maltraitance des enfants en tant que cardinal en Pologne

Le pape Jean-Paul II aurait dissimulĂ© la maltraitance des enfants dans l’Ă©glise catholique polonaise et renvoyĂ© les prĂȘtres fautifs dans d’autres juridictions pour Ă©viter un scandale, selon une enquĂȘte . L’ancien pape, nĂ© Karol Wojtyla, connaissait des prĂȘtres pĂ©dophiles alors qu’il Ă©tait cardinal de l’Ă©glise polonaise de Cracovie, selon un reportage de la chaĂźne de […]

Umunyamabanga Mukuru wa Loni yerekeje muri Ukraine ku nshuro ya gatatu

Kuri uyu wa Kabiri, Umunyamabanga mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, Antonio Guterres ari mu nzira yerekeza i Kyiv kubonana na Perezida Volodymyr Zelensky nk’uko iyi nkuru dukesha France24 ivuga . Mu gitondo cy’uyu munsi Zelensky akaba yavuze ko igisirikare cya Ukraine kizohereza ingabo mu mujyi wa Bakhmut wagoswe n’ingabo z’u Burusiya, ahakana amakuru yari yaravuzwe mbere ko […]

U Bwongereza: Ubujurire ku cyemezo cyo kohereza abimukira mu Rwanda buzatangira muri Mata

Urukiko rw’Ubujurire mu Bwongereza ruzumva imbogamizi kuri gahunda ya Guverinoma, yo kohereza abasaba ubuhungiro mu Rwanda, muri Mata, nk’uko umucamanza mukuru yavuze . Abacamanza babiri bo mu Rukiko Rukuru bateye utwatsi icyifuzo cyo guhagarika iyi politiki y’ibiro bishinzwe umutekano w’imbere mu gihugu mu Kuboza nyuma y’iburanisha ryo muri Nzeri na Ukwakira. Abacamanza Lewis hamwe na […]

Le Premier ministre Rishi Sunak s’est entretenu avec le prĂ©sident rwandais Paul Kagame

Le Premier ministre britannique Rishi Sunak et le prĂ©sident rwandais Paul Kagame ont discutĂ© du partenariat migratoire entre le Royaume-Uni et le Rwanda et de la nĂ©cessitĂ© de perturber les activitĂ©s des passeurs tout en rĂ©pondant aux prĂ©occupations humanitaires, a annoncĂ© lundi le gouvernement britannique . “Ils ont discutĂ© du partenariat migratoire entre le Royaume-Uni […]

Somalia: Al Shabaab yisubije ibirindiro yari iherutse kwamburwa n’ingabo za leta

Kuri uyu wa Kabiri, abarwanyi bo mu mutwe w’iterabwoba wa Al Shabaab wo muri Somalia wisubije ibirindiro bya gisirikare byo mu majyepfo ya Jubbaland wari wambuwe n’igisirikare cya leta muri Mutarama, nk’uko umuyobozi muri Somalia n’umuturage waho babitangaje . Al Shabaab, ikorana na al Qaeda, yahuye n’igitutu gikaze cy’igisirikare ndetse n’imitwe yitwara gisirikare ishingiye ku […]

RDC: Minisitiri Lutundula yongeye gushimangira ko nta mishyikirano na M23

Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Christophe Lutundula, yongeye gushimangira ko Guverinoma ya Congo idateze kugirana imishyikirno n’umutwe wa M23 mu gihe kuri uyu wa Kabiri, itariki 7 Werurwe, biteganyijwe ko uyu mutwe ugomba guhagarika imirwano ukanatangira kuva mu bice wigaruriye nk’uko wabyemereye Perezida wa Angola . Ni mu kiganiro yagiraye na […]

Makundi ya wenyeji yenye silaha yanakusanywa kama askari wa akiba wa jeshi la Kongo

Wakati wa mkutano na waandishi wa habari uliofanyika Jumatatu hii, Machi 6, 2023 huko Goma, Waziri wa Elimu ya Juu na Vyuo Vikuu (HUE), Muhindo Nzangi, alifichua kwamba makundi ya wenyeji yenye silaha sasa yanahamasishwa kama askari wa akiba ambao watakuwa na vifaa sawa na askari wa Kongo (FARDC) . Alionyesha kuwa hayo ni matokeo […]

Gisagara: Babiri bafatiwe mu cyuho biba imirindankuba

Ku Cyumweru tariki ya 5 Werurwe, Polisi y’u Rwanda ifatanyije n’inzego z’ibanze n’abaturage mu Karere ka Gisagara, yafashe abasore babiri bacyekwaho kwiba insinga z’amashanyarazi n’imirindankuba bakajya kubigurisha mu byuma bishaje . Abafashwe barimo umwe ufite imyaka 26 n’undi ufite 29, bafatanywe imirindankuba ipima Kgs 13 bagiye bakata ku nkingi z’amashanyarazi (Pylons) zo ku muyoboro mugari […]

Local armed groups are mobilized as Congolese army reservists

During a press conference held this Monday, March 6, 2023 in Goma, the Minister of Higher and University Education (HUE), Muhindo Nzangi revealed that local armed groups are now mobilized as reservists who will be equipped in the same way as the Congolese soldiers (FARDC) . He indicated that this is the consequence of a […]

Abacuruzi ba Kisoro basabye Museveni kubafasha gufunguza mugenzi wabo ufungiwe mu Rwanda

Abacuruzi bagera kuri 200 bakorera mu Karere ka Kisoro muri Uganda, basabye Perezida Museveni n’umuhungu we usanzwe ari n’umujyanama mukuru wa perezida ushinzwe ibikorwa bidasanzwe, Gen. Muhoozi Kainerugaba, kubafasha gufunguza mugenzi wabo bavuga ko amaze igihe kirekire afungiwe mu Rwanda nta rubanza . Ababisabye bayobowe n’Umuyobozi w’Akarere ka Kisoro, Abel Bizimana (uri ku ifoto), bavuga […]

Rais Salva Kiir amemfukuza kazi waziri wa ulinzi ambaye ni mke wa Riek Machar

Rais wa Sudan Kusini amemfukuza kazi waziri wa ulinzi ambaye ni mke wa mpinzani wake wa muda mrefu wa kisiasa, Riek Machar . Ofisi ya Machar ilisema ilitokea bila mashauriano. Rais Salva Kiir mnamo Ijumaa alitoa agizo la kumwondoa afisini Waziri wa Ulinzi Angelina Teny. Yeye ni mwanachama mkuu wa chama cha upinzani cha SPLM-IO […]

Abasirikare b’Abarundi bagomba koherezwa i Masisi bageze i Goma – Amafoto

fqdfh52xsaakzmr.jpg

Kuri iki Cyumweru, itariki ya 5 Werurwe 2023, abasirikare mirongo bo mu gisirikare cy’u Burundi bageze mu mujyi wa Goma, umurwa mukuru w’intara ya Kivu y’Amajyaruguru, aho bagejejwe n’indege y’Igisirikare cya Kenya . Izi ngabo zahageze mu rwego rwo gukomeza gushyiraho ingabo z’akarere ka Afurika y’Iburasirazuba, zigamije kujya hagati y’impande zihanganye hagati ya FARDC na […]

Masisi: Haravugwa imirwano ikomeye hagati ya FARDC na M23 byibuze ahantu hane

Amakuru aturuka mu nzego z’ibanze aravuga ko imirwano yongeye kubura mu rukerera rwo kuri iki Cyumweru, itariki ya 5 Werurwe hagati y’ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) n’inyeshyamba za M23 muri Teritwari ya Masisi, Kivu y’Amajyaruguru, aho uruhande rwa leta ruvuga ko inyeshyamba zagabye igitero ku birindiro byibuze ibirindiro bine mu nkengero za […]

Le Burundi arrĂȘte 24 personnes dans le cadre d’une rĂ©pression anti-gay

Vingt-quatre personnes ont Ă©tĂ© arrĂȘtĂ©es au Burundi dans le cadre d’une opĂ©ration sĂ©curitaire contre les “pratiques homosexuelles”, a indiquĂ© vendredi Ă  l’AFP une source judiciaire et un militant . Les arrestations ont eu lieu le 23 fĂ©vrier dans la capitale politique Gitega, oĂč des membres de MUCO Burundi, une organisation Ă  but non lucratif qui […]

Mbappé anakuwa mfungaji bora wa PSG akiwa na miaka 24

Kylian MbappĂ© alifunga bao la 201 kwa klabu ya Paris St-Germain katika ushindi wa 4-2 dhidi ya Nantes . Ilimbidi angoje hadi dakika ya 92 lakini alishindwa kwani aligeuka na kumaliza kwa mguu wa kushoto na kumpita Edinson Cavani kileleni mwa orodha ya mabao ya PSG. Fowadi huyo wa Ufaransa, ambaye alitimiza umri wa miaka […]

Muturebe ukundi mutwubaha Francafrique ntikibaho – Tshisekedi abwira Macron

Ubwo bari mu kiganiro n’itagazamakuru kuri uyu wa Gatandatu ushize, Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, FĂ©lix Tshisekedi yibukije atunga urutoki mugenzi we w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, ko bagomba kububaha kuko igihe cya Francafrique cyarangiye . Abakuru b’ibihugu byombi bavuze ku bibazo byinshi bifitanye isano hagati ya Afurika n’u Burayi. Mu ijambo rye, Perezida […]

A FARDC soldier killed by Rwandan forces in Rubavu, regional team starts investigation

A Congolese soldier identified with the Republican Guard, accused of having crossed the border between the DRC and Rwanda, was killed on Friday by Rwandan forces guarding the common border between Grande BarriĂšre and Petite BarriĂšre in the district of Rubavu, in the western province of Rwanda . A team from the Extended Joint Verification […]

Abakozi 2 b’Abanyamahanga bakorera ICRC bashimutiwe muri Mali

Kuri uyu wa Gatandatu, Umuryango urengera imbabare wa ICRC muri Mali yatangaje ko abakozi babiri bo muri komite mpuzamahanga ya Croix-Rouge bashimuswe mu majyaruguru ya Mali . Ivuga ko ishimutwa ryabereye hagati y’imijyi ya Gao na Kidal yo mu majyaruguru, ahantu hamaze igihe kirekire hibasirwa n’ibikorwa by’intagondwa z’Abayisillamu. CICR muri Mali yagize iti: “Turemeza ko […]

Perezida Yoweri Museveni asanga Abagande ari abanebwe

Perezida wa Uganda, Yoweri Museveni, yabwiye umuryango w’ubucuruzi wo muri Afurika y’Epfo ko abaturage ayoboye mu myaka hafi mirongo itatu ari abanebwe. Yabivuze ubwo yagaragazaga amahirwe yo gukora ubucuruzi muri Uganda . Museveni, wari mu nama we na Perezida wa Afurika y’Epfo, Cyril Ramaphosa i Pretoria, yavuze ko umwuka mwiza w gukoreramo muri Uganda utuma […]

Wabunge wa Kongo washinikiza mazungumzo na waasi wa M23

Baadhi ya wabunge kutoka jimbo lililokumbwa na mzozo la Kivu Kaskazini katika Jamhuri ya Kidemokrasia ya Kongo wanamtaka Rais Felix Tshisekedi kufikiria kuwashirikisha waasi wa M23 . Katika barua ya wazi, wabunge hao walisema suluhu ya amani itapunguza mzozo unaoendelea mashariki mwa Jamhuri ya Kidemokrasia ya Kongo ambao umesababisha mamia kwa maelfu kuwa wakimbizi katika […]

Jonathan, marehemu Magufuli, na wengine kwa ajili ya tuzo za African Icon mjini Kigali

Rais wa zamani wa Nigeria, Dk Goodluck Jonathan, aliyekuwa Rais wa Tanzania, hayati John Magufuli; Makamu wa Rais wa Liberia, Dk. Jewel Howard-Taylor; Aliyekuwa Rais wa Botswana, Lt. Jenerali Seretse Khama Ian Khama (mstaafu), miongoni mwa wengine anatarajiwa kutunukiwa katika toleo la kwanza la Tamasha na Tuzo za Urithi wa Afrika litakalofanyika Kigali, Rwanda mnamo […]

Kagame nomme un nouveau ministre de l’Agriculture

Le prĂ©sident Paul Kagame a nommĂ© le 2 mars Ildephonse Musafiri comme nouveau ministre de l’Agriculture et des Ressources animales, en remplacement de Gerardine Mukeshimana. Musafiri a prĂ©cĂ©demment occupĂ© le poste de ministre d’État dans le mĂȘme ministĂšre . Le chef de l’Etat a Ă©galement nommĂ© Telesphore Ndabamenye, au poste de directeur gĂ©nĂ©ral de l’Office […]

Perezida Putin arashinja Ukraine kugaba igitero cy’iterabwoba ku butaka bw’u Burusiya

Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, avuga ko ku wa Kane itsinda ry’abicanyi bo muri Ukraine ryinjiye mu karere ko ku mupaka k’u Burusiya maze rirasa abasivili mu “gikorwa cy’iterabwoba” . Guverineri w’akarere ka Bryansk yavuze ko “abicanyi bavuye muri Ukraine” barashe ku modoka y’abasivili i Lyubechane, umudugudu wo ku mupaka, bahitana abagabo babiri ndetse n’umuhungu […]

Minisitiri mushya w’ubuhinzi, Dr Ildephonse Musafiri, ni muntu ki?

Dr. Ildephonse Musafiri wagizwe minisitiri mushya w’ubuhinzi n’ubworozi asimbuye Dr Gerardine Mukeshimana, ni umuhanga mu by’ubuhinzi ndetse n’ubukungu bushingiye ku buhinzi, akaba avuga neza indimi mpuzamahanga zigera kuri ebyiri n’Ikinyarwanda . Dr. Ildephonse Musafiri, yabaye Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’ubuhinzi n’ubworozi (MINAGRI), umwanya yarahiriye ku itariki ya 2 Kanama 2022 mu birori byabereye mu […]

Nyamasheke: Hafashwe hafi toni ya magendu y’imyenda ya caguwa

Polisi y’u Rwanda ku bufatanye n’abaturage mu karere ka Nyamasheke, ku wa Gatatu tariki ya 1 Werurwe, yafashe abacuruzi 11 bakurikiranyweho gukora ubucuruzi bwa magendu, ubwo bari bajyanye mu isoko ibilo 870 by’imyenda n’inkweto za caguwa n’ibitenge 25 binjije mu gihugu mu buryo bwa magendu . Chief Inspector of Police (CIP) Mucyo Rukundo, ushinzwe guhuza […]

Nzaba Perezida wa Uganda nyuma ya data – Gen. Muhoozi

Gen. Muhoozi Kainerugaba yemeje ko azaba Perezida wa Uganda nyuma ya se, Yoweri Museveni . “Nzaba Perezida wa Uganda nyuma ya data,” ibi byatangajwe na Gen. Muhoozi abinyujije kuri konti ye ya twitter mu ijoro ryo kuwa Gatatu rishyira kuri uyu wa Kane. Yongeyeho ati “Abo barwanya ukuri bazatenguhwa cyane” Uyu mujyanama mukuru wa Perezida […]

Kicukiro: La police déjoue un vol de moto

La police du district de Kicukiro, le mardi 28 fĂ©vrier, a dĂ©jouĂ© la tentative d’un homme de voler une moto . Le suspect a Ă©tĂ© arrĂȘtĂ© peu de temps aprĂšs que le propriĂ©taire lĂ©gitime a signalĂ© le vol prĂ©sumĂ©, a dĂ©clarĂ© l’inspecteur en chef de la police (CIP) Sylvestre Twajamahoro, porte-parole de la police de […]