Goma: Impuruza ya Sosiyete Sivili kuri Wazalendo yigometse ku buyobozi

Sosiyete Sivili iratabaza amahanga n’abandi bafite aho bahurira n’uburenganzira bwa muntu, gutabara umujyi wa Goma nyuma y’uko Wazalendo ikomeje kuwuzereramo ikanica Abasivili. Sosiyete sivile yo muri Komine Karisimbi, iherereye mu bice byo mu mujyi wa Goma, yavuze ko Wazalendo isa n’iyigometse ku buyobozi kuko ngo yabujijwe kuzenguruka mu mujyi itari mukazi ariko ikaba ikomeje kubirengaho. […]

Mbere y’uko inama ya G7 isozwa Papa Francis yabanje gutakamba

Igihugu cy’Ubutaliyani muri iki Cyumweru nibwo cyakiriye inama y’ibigu birindwi bikize ku isi (G),ariko kandi binatumira umushumba Mukuru wa Kiliziya Gatolika ku Isi Papa Francis. Kuva G7 yashingwa mu mateka yayo, mu 1973, yakiriye Papa. Uyu mushumba yatakambiye ibi bihugu ko muri Gahunda yo gukoresha ubwenge buhangano(Artificial Intelligence) habaho kubanza kwitonda Papa Fransisiko yatakambiye abayobozi […]

RDC: Perezida yambajije niba hari irindi peti nshaka ndamuhakanira-Gen.Tshiwewe

Umugaba mukuru w’Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, ahurutse gutangaza ko atahemukira umukuru w’Igihugu Tshisekedi kuko yamuzamuriye amapeti ubugira gatatu akigera ku butegetsi, kugeza ubwo ahurutse gushaka kumwongera ipeti undi akamuhakanira. Nk’uko Gen Christian Tshiwewe Songesa, yabitangaje mu Cyumweru gishize ubwo yari mu mu rusengero rumwe i Kinshasa, yavuze ko mu Isi no mwinjuru […]

Guverinoma yahaye Nyarugenge na Gasabo abayobozi bashya

20240614_220638.jpg

Inama y’abaminisitiri yateranye ku wa Gatanu tariki ya 14 Kamena, yashyize mu myanya abayobozi batandukanye barimo abashya bahawe kuyobora uturere twa Gasabo na Nyarugenge. Itangazo ryashyizweho umukono na Minisitiri w’Intebe, Dr Edouard Ngirente ryerekana ko Bernard Bayasese yagizwe Umuyobozi Nshingwabikorwa w’akarere ka Gasabo, asimbuye kuri uwo mwanya Umwali Pauline. Mu karere ka Nyarugenge ho Umuyobozi […]

Ramaphosa yongeye gutorerwa kuyobora Afurika y’Epfo

Inteko Ishinga Amategeko ya Afurika y’Epfo, yaraye itoreye Cyril Ramaphosa wari usanzwe ari Perezida w’iki gihugu gukomeza kukiyobora muri manda ye ya kabiri. Ramaphosa yatowe nyuma y’uko ishyaka rye rya ANC ryaherukaga kwihuza n’andi mashyaka batavugaga rumwe, bijyanye n’uko ryari ryabuze ubwiganze mu matora y’abagize Inteko Ishinga Amategeko yabaye muri uku kwezi. Amashyaka ANC yihuje […]

NEC yemeje abakandida ntakuka mu matora ya Perezida

Komisiyo y’Igihugu y’amatora (NEC) kuri uyu wa Gatanu tariki ya 14 Kamena 2024, yemeje abakandida ntakuka batatu bemerewe kwiyamamaza mu matora ya Perezida wa Repubulika ateganyijwe mu kwezi gutaha kwa Nyakanga. Abo NEC yemeje ni Paul Kagame w’umuryango FPR-Inkotanyi, Dr Frank Habineza w’Ishyaka Riharanira Demukarasi no kurengera Ibidukikije mu Rwanda na Mpayimana Philippe wiyamamaza nk’umukandida […]

Perezida Kagame yakiriye indahiro za ba Minisitiri bashya, anasesa umutwe w’abadepite

Perezida Paul Kagame kuri uyu wa Gatanu tariki ya 14 Kamena 2024 yakiriye indahiro z’abaminisitiri bashya baheruka kwinjira muri Guverinoma ndetse n’abandi bayobozi baheruka guhabwa imyanya itandukanye mu nzego nkuru z’igihugu, anasesa umutwe w’abadepite mu nteko ishinga amategeko y’u Rwanda nyuma yo gusoza manda yawo. Indahiro Umukuru w’Igihugu yakiriye zirimo iya Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga ndetse […]

RDC: Kivu ya Ruguru isumbirijwe na ADF imibare y’abicwa iri gutumbagira

Inyeshyamba za ADF, zikomeje gukora ubugome ndengakamere muri Kivu ya Ruguru, aho muri uku kwezi habarwa abagera kuri 150 izi nyeshyamba zimaze kwica. Muri iyi minsi ADF yibasiye teritwari ya Lubero ya Kivu ya Ruguru, mu gihe yari imaze iminsi izengereje abaturiye hafi n’imipaka ya Uganda. Paluku Sébastien ukuriye sosiyete sivile ya Kambau mu gace […]

Burundi: Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko arashinja bamwe mu badepite kugurisha Peterori mu Rwanda

Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko Gélase Daniel Ndabirabe, arashinja bamwe mu badepite n’inshuti zabo z’abacuruzi kugurisha Peterori mu Rwanda bayikuye mu Burundi. Ndabirabe avuga ko kuba aba bacuruzi bajyana Peterori mu Rwanda aribyo byatumye u Burundi buyibura. SOSmediaBurundi, ivuga ko yongeyeho ko ibyakozwe n’aba badepite n’abacuruzi bari bagamije ko ngo Abarundi bayibura bagatangira kwigaragambya. Uyu Gélase […]

Kayonza: Bashima Leta yabahaye aho gukinga umusaya ariko kandi ngo barembejwe n’inzara

Hari abaturage bo mu Karere ka Kayonza bashima Leta yabahaye amazu yo guturamo ariko kandi ngo n’ubwo bakinga umusaya ntibabona ibyo kurya. Abavuga ibi ni abatujwe mu mudugudu wa Muganza mu Kagari ka Nkondo Umurenge wa Rwinkwavu mu Karere ka Kayonza. Bavuga ko Leta nk’umubyeyi yabafasha ikabaha ubutaka bahingamo kuko uretse kuba baryama mu mazu […]

Icyo Col. Kazarama washinze M23 asaba Gen. Sultani Makenga

Colonel Kazarama Kanyamuhanda Vianney uri mu batangije umutwe wa M23, yasabye Gén. Sultani Makenga uyobora igisirikare cyawo kuhuriza hamwe abahoze muri uriya mutwe batakiwubamo bagakemura ibibazo bagiranye, mu rwego rwo kongera gufatanya urugendo rwo guharanira uburenganzira by’Abanye-Congo bavuga Ikinyarwanda batangije mu myaka irenga 10 ishize. Kazarama wanabaye umuvugizi wa M23, we na Gen. Makenga bari […]

Isezerano rya Nduhungirehe kuri Kagame wamugize Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga

Minisitiri mushya w’Ububanyi n’Amahanga, Amb. Olivier Nduhungirehe, yijeje Perezida Paul Kagame wamuhaye izo nshingano kuzakoresha uburambe afite mu bubanyi n’amahanga no muri politiki mu guteza imbere umubano w’u Rwanda n’amahanga. Ku wa Gatatu tariki ya 12 Kamena ni bwo Nduhungirehe wari usanzwe ari Ambasaderi w’u Rwanda mu Buholandi yagizwe Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda. Ni […]

Amerika na Loni bashinje Uganda gufasha M23

Umuryango w’Abibumbye biciye muri raporo y’impuguke zawo kuri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, washinje Leta ya Uganda guha ubufasha umutwe wa M23 ndetse no guha imyitozo abarwanyi bawo. Raporo y’izi mpuguke yagiye hanze by’impanuka ikinyamakuru Daily Monitor kivuga ko cyabonye ni yo yemeza ayo makuru. Ubutegetsi bw’i Kinshasa bumaze imyaka irenga ibiri bushinja Leta y’u […]

Mu Rwanda hatangiye imyitozo ya Gisirikare yahuje ibihugu bine byo muri EAC -AMAFOTO

capturefr4.jpg

Ibihugu bine byo muri mu bihugu 4 bigize Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, EAC, byitabiriye imyitozo ya Gisirikare, iba igamije guhuza imikorere n’igenamigambi, no kwishyira hamwe kw’ibihugu bigize EAC. Abasaga 1,130 barimo abasirikare, abapolisi n’abasivili bo , kuri uyu wa Kane, nibo batangiye iyo myitozo ya Gisirikare izwi nka “Ushirikiano” izamara ibyumweru bibiri ibera mu Ishuri […]

Abaturage ba Korea ya Ruguru babayeho mu muruho- ONU

Umuryango w’Abibumbye wita ku burenganzira bwa muntu utangaza ko abaturage bo muri Korea ya Ruguru babayeho nabi kuko bamaze kwisanga mu buzima bw’umuruho wa buri munsi. Ibi ni ibyagarutsweho n’umuyobozi w’iri shami, Volker Turk , aho yabwiye inteko ishinzwe umutekano kw’isi ko baturage ba Koreya ya Ruguru kugeza ubu nta cyizere bafite bitewe n’ubuzima babayemo. […]

Diane Rwigara yitandukanyije na nyina ushinja Leta y’u Rwanda kuba ari yo yishe se

Umunyapolitiki Shima Diane Rwigara yatangaje ko yitandukanyije na nyina umubyara, Adeline Mukangemanyi, nyuma y’ibirego bitandukanye amaze iminsi ashyira kuri leta y’u Rwanda birimo iby’uko yamwiciye umugabo. Mukangemanyi mu kiganiro aheruka kugirana n’umuyoboro wa YouTube witwa Radio Iteme yumvikanye ashinja “ubutegetsi bwa FPR buyobowe na Kagame” kuba ari bwo bwishe Rwigara Asinapol wahoze ari umugabo we; […]

Rubavu: Aborozi barembejwe n’abajura biba inka bakajya kugurisha inyama zazo muri Congo

Aborozi b’inka mu Karere ka Rubavu baratabaza nyuma y’uko inka zirenga 100, zimaze kwibwa mu mirenge ya Rubavu na Rugerero , mu gihe kitarenze amezi atandatu. Ubu bujura ngo bukorwa n’abantu bitwikira ijoro bakazibagira hafi y’aho zibwe maze inyama bakazijyana kuzigurisha mu gihugu cy’abaturanyi. Amakuru atangwa n’abaturage biganjemo aborozi bagiye bibwa , baganiriye n’itangazamakuru, bahamya […]

Mu Rwanda hagiye kubakwa Ikigo mpuzamahanga gishinzwe inkingo ku isi

U Rwanda rwemeye kuba icyicaro gikuru cy’igo mpuzamahanga cy’inkingo (IVI) muri Afurika. Ni nyuma y’uko Guverinoma y’u Rwanda yasinyanye amasezerano n’Ikigo Mpuzamahanga gishinzwe Inkingo ku isi (IVI) Aya masezerano yasinywe kuri uyu wa Kabiri na Minisitiri w’Ubuzima, Dr Nsanzimana Sabin n’Umuyobozi wa IVI (International Vaccine Institute), Dr Jerome H. Kim. Iki kigo cya IVI ubusanzwe […]

Olivier Nduhungirehe yagizwe Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga

Bwana Olivier Nduhungirehe yagizwe Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’ubuteererane asimbuye Dr Vincent Biruta kuri uwo mwanya. Dr Vincent Biruta we yagizwe Minisitiri w’Umutekano mu gihugu. Ni impinduka zakozwe na Perezida Kagame muri Guverinoma kuri uyu wa Gatatu taliki 12 Kamena 2024, aho yashyize abayobozi batandukanye mu myanya itandukanye. Ku wa 30 Kanama 2017 nibwo Nduhungirehe yagizwe […]

Gakenke: Babangamiwe n’abagabo babo bigira abasore bakabacura ku mitungo

Bamwe mu bagore batuye mu Karere ka Gakenke, umurenge wa Kamubuga , baratabaza ubuyobozi ngo bubafashe gushakira umuti ikibazo cy’abagabo babo bigira ingaragu kugirango bikubire imitungo bonyine. Bavuga ko uretse no kubaheza ku mitungo usanga banabakubita iyo bagizengo baravuga. Hari umwe mu bagore , uvuga ko impamvu bigira abo bagabo bigira ngaragu, baba bashaka kutandika […]

Yemen: Abimukira 49 barohamye abandi 150 baburirwa irengero

Nk’uko Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku bimukira (IOM) ribitangaza ngo byibuze abantu 49 barapfuye abandi 140 baburirwa irengero nyuma y’ubwato bwari butwaye impunzi n’abimukira bava mu ihembe rya Afurika bwerekeza muri Yemeni. Ubu bwato bwarohamye ku wa mbere bwari butwaye abantu bagera kuri 260, cyane cyane baturutse muri Etiyopiya na Somaliya, bari bahagurutse ku nkombe […]

Kenya: Ruto na Kenyatta bongeye kurebana ay’ingwe

Perezida William Ruto wa Kenya, na Kenyatta wigeze kuba Perezida w’iki gihugu bongeye kurebana ayingwe. Intandaro y’uku guhangana ishingiye ku kuba Kenyatta avuga ko Leta ikwiye kujya ishyira amafaranga kuri konti ye akajya yiyishyurira ibiro byo gukoreramo. Avuga ko Ubusanzwe Leta itegetswe kwishyurira uwabaye Perezida ibiro byo gukoreramo. Agasaba ko aho kugirango bamwishyurire ibyo biro […]

Bukavu- Minembwe: Ingendo z’indege zari zarasubitswe zasubukuwe

Abatuye mu minembwe barishimira ko ingendo z’indege zerekeza Bukavu nyuma y’uko zari zarafunzwe n’ubutegetsi. Izi ngendo zari zimaze ukwezi hafi n’igice zarasibitswe kuko zahagaritswe taliki 16 Mata 2024 . Inzego z’umutekano zari zafashe icyo cyemezo zitwaje ko ngo zijyana ibitemewe. Inzira z’amaguru Ubusanzwe zari zarapfuye kera kubera zinyura aho umutwe wa Maï Mai ukunda kuba […]

Zabyaye amahari hagati y’u Rwanda na UNHCR

Guverinoma y’u Rwanda yamaganye ibirego by’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Mpunzi (UNHCR) riheruka kuyishinja gufata nabi abimukira n’abasaba ubuhungiro, ivuga ko bidafite ishingiro. Guverinoma yamaganye ibirego bya UNHCR biciye mu itangazo Ibiro by’Umuvugizi wayo ryasohoye mu ijoro ryo ku wa Kabiri tariki ya 11 Kamena 2024. Iri shami rya Loni ryita ku mpunzi, riheruka kugaragaza […]

RDF yiciye ibyihebe 70 i Mbau

Ingabo z’u Rwanda ziri mu ntara ya Cabo Delgado ho mu majyaruguru ya Mozambique, ziheruka kwicira ibyihebe 70 byo mu mutwe wa Ansar al-Sunna i Mbau ho mu karere ka Mocímboa da Praia. Televiziyo y’Igihugu muri Mozambique (TMV) yatangaje ko ibyihebe RDF yivuganye biri mu byari bigize itsinda ry’ibibarirwa mu 150 ku wa 29 Gicurasi […]

Perezida Kagame yizeje ubufatanye bw’u Rwanda mu guhosha intambara ya Israel na Hamas

Mu gihe amahanga akomeje gushakira umuti ikibazo cy’intambara ihuza Hamas na Israel, u Rwanda narwo ntirwagiye kure yo kwifatanya n’ibihugu bitandukanye mu guhosha iyo ntambara. Mu nama yo gushaka umuti w’intambara imaze iminsi muri Gaza, Perezida Kagame nawe ari mu bayitabiriye aho yagaragaje ko nubwo umuzi w’iki kibazo ukomeye, ariko bitavuze ko kitakemuka, anemeza ko […]

Tchad yemereye Tshisekedi umudali w’ishimwe no kumwitirira umuhanda

Repubulika ya Tchad irateganya kwambika Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa RDC umudali w’ishimwe, kubera uruhare yagize nk’umuhuza mu bibazo bya Politiki byahoze muri iki gihugu. Iby’uwo mudali w’ishimwe byatangajwe na Minisitiri wa RDC ushinzwe ubufatanye bw’akarere iki gihugu giherereyemo, ubwo ku wa Mbere yakirwaga na Tshisekedi. Aba bombi bahuye nyuma y’urugendo Minisitiri Didier Mazenga yari […]

Umuyobozi w’akarere yatunguwe n’abanyeshuri bigira mu ishuri ryubakishije amashara y’insina

Umuyobozi w’Akare ka Kayunga muri Uganda, Andrew Muwonge wari kumwe n’itsinda rigari ry’abayobozi baturutse mu nzego zitandukanye za Leta , batunguwe no gusanga abanyeshuri bigira munsi y’igiti kizengurutswe n’amashara y’insina kandi ari ikigo cya Leta. Ni abanyeshuri biga mu mwaka w’agatatu w’amashuri abanza ya Sokoso mu gace kitwa Galilaaya. Umuyobozi w’Akarere ubwo yasuraga aka gace […]

M23 yashyizeho abayobozi ba ‘Diaspora’ yayo

Umutwe wa M23 ku wa Mbere watangaje ko washyizeho ubuyobozi bw’abawushyigikiye baba mu bihugu by’amahanga (Diaspora). Ni ibikubiye mu itangazo uyu mutwe wasohoye ryashyizweho n’umuvugizi wawo, Lawrence Kanyuka. Uwagizwe umuyobozi wa Diaspora ya M23 ni Manzi Ngarambe Willy uzaba wungirijwe n’abarimo Muheto Jackson na Muhire John. Uyu mutwe uvuga ko imikorerer ya Diaspora yawo iri […]

Ibiciro ku isoko mu Rwanda byazamutseho 1.3% 2024

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibarurishamibare, NISR, cyatangaje ko ibiciro ku masoko byiyongereyeho 1, 3% muri Gicurasi 2024 ugereranyije na Gicurasi 2023. Mu gipimo cy’ihindagurika ry’ibiciro mu kwezi kwa Gicurasi 2024, cyatangajwe kuri uyu wa Mbere, NISR yagaragaje ko ugereranyije Gicurasi 2024 na Mata 2024, ibiciro byagabanutseho 1%. Ni igabanuka bivugwa ko ryatewe ahanini n’ibiciro by’ibiribwa n’ibinyobwa […]

2023: Abaturage hafi 800 banyweye ikigage n’ubushera bihumanye bajyanwa kwa muganga

Ubushakashatsi bwakozwe bugaragaza ko mu mwaka ushize wa 2023, abaturage hafi 800 banyoye ikigage n’ubushera bihumanye abandi hafi banywa ibinyobwa banarya ibiribwa byanduye. RBC igaragaza ko mu mwaka wa 2023 abaturage 796 banyoye ikigage n’ubushera byanduye bajyanwa kwa muganga, naho abaturage 591 bariye ibiribwa n’ibinyobwa bihumanye mu birori bari bitabiriye. Ikigo cy’Igihugu gishinzwe ubuzima, RBC […]

Umugaba mukuru w’Ingabo z’u Rwanda Gen.Mubarakh yakiriye mugenzi we wa Centrafrique n’itsinda ayoboye

Umugaba mukuru w’Ingabo z’u Rwanda Gen Mubarakh yakiriye mugenzi we Maj Gen Zépherin Mamadou ukuriye Ingabo muri Centrafrique. Yameakiriye ku cyicaro cy’Ingabo z’u Rwanda, baganira ku kwagura umubano n’imikoranire hagati y’ingabo z’ibihugu byombi. Ni ikiganiro aba bombi bagiranye byitsaga ku mubano w’ibihugu byombi byibanze ku bufatanye by’umwihariko ku mikoranire y’igisirikare. Uyu mubano kandi wagarutsweho ushingiye […]

Indege yari itwaye abarimo Visi-Perezida wa Malawi yaburiwe irengero

Perezidansi ya Malawi yatangaje ko indege yari itwaye Visi-Perezida w’iki gihugu, Saulos Chilima n’abandi bantu icyenda yaburiwe irengero kuri uyu wa Mbere tariki ya 10 Kamena 2024. Iyo ndege y’igisirikare cya Malawi byatangajwe ko “yavuye kuri radar”, nyuma y’iminota mike ihagurutse i Lilongwe mu murwa mukuru mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere. Byari byitezwe […]

Itsinda ry’Abasenateri bo muri Namibia ryaje kwigira kuri Sena y’u Rwanda

Kuri uyu wa Mbere taliki 10 Kamena, Itsinda ry’Abasenateri bagize Komisiyo y’Uburezi, Ikoranabuhanga n’Urubyiruko muri Namibia bari mu rugendoshuri mu Rwanda. Uru ruzinduko rugamije kwigira ku Rwanda uko rwimakaje gukoresha ikoranabuhanga mu burezi. Aba basenateri bahuye na Perezida wa Sena, Dr François Xavier Kalinda na ba Visi Perezida Mukabaramba Alvera na Nyirasafari Espérance bagirana ibiganiro […]

Aline Cateux yasezeye mu kinyamakuru Le Soir agihora ‘gusiga icyasha u Rwanda’

Umunyamakurukazi Aline Cateux yatangaje ko atazongera kwandikira ikinyamakuru Le Soir cyo mu Bubiligi, nyuma yo kugishinja kwifatanya n’ibindi bitangazamakuru mu gusiga icyasha u Rwanda. Le Soir ni kimwe mu binyamakuru bimaze iminsi bisohora inkuru ziswe ‘Rwanda Classfied’ zinenga ndetse zikanaharabika ubutegetsi bw’u Rwanda. Ni inkuru zakozwe n’abanyamakuru babarirwa muri 50 bibumbiye mu itsinda bise ‘Forbidden […]

Urusaku rw’imbunda ziremereye rwumvikanye hafi na santire ya Kanyabayonga

Umuriro w’ibibunda biremereye , wumvikanye mu gitondo cyo ku wa mbere tariki ya 10 Kamena ukikije umujyi wa Kanyabayonga, mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Amakuru aturuka muri ako gace avuga ko ingabo za Kongo (FARDC), zahanganye n’inyeshyamba za M23 kuva mu gitondo cya kare mu gace kari hagati ya teritwari ya Rutshuru mu majyaruguru n’iya […]

Muri iyi mpeshyi igipimo cy’ubushyuhe kizagera kuri Degree 32

Abaturarwanda bategujwe ko muri iyi mpeshyi ya 2024, igipimo cy’ubushyuhe kizagera kuri Degree 32. Ni ibyatangajwe n’ikigo cy’u Rwanda gishinzwe Ubumenyi bw’Ikirere (Meteo Rwanda). Iki kigo cyateguje ko amezi ya Kamena, Nyakanga na Kanama 2024 hateganyijwe ubushyuhe buri hejuru gato y’ikigero gisanzwe mu mpeshyi, aho buzagera kuri dogere celcius ziri hagati ya 22 na 32. […]

Ubuhinde: Narendra Modi yarahiriye kuyobora indi Manda

Narendra Modi usanzwe ari Minisitiri w’Intebe w’u Buhinde yarahiriye kuyobora manda ya gatatu mu muhango wabereye mu mujyi wa New Dheli kuri icyi Cyumweru taliki 09 Kamena 2024. Nyuma yo gutorerwa kuba Minisitiri w’Intebe w’u Buhinde, Narendra Modi yahise atangaza abagize Guverinoma nshya. Narendra Modi ni we warusanzwe ayobora Ishyaka Bharatiya Janata Party (BJP).Modi abaye […]

Macron na Biden bahaye umukoro u Rwanda na RDC

Ba Perezida Emmanuel Macron w’u Bufaransa na Joe Biden wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, basabye u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo agahenge, ndetse ibihugu byombi bigahagarika ubufasha n’imikoranire bishinjwa kugirana n’imitwe yitwaje intwaro. Babisabye ku wa Kane tariki ya 6 Kamena, ubwo hibukwaga imyaka 80 ishize Ingabo z’ibihugu by’u Bwongereza, Leta Zunze […]

RDC: Beni: Ubwicanyi bukorerwa Abasivili bwagaragaje intege nke za FARDC

Nibura abantu 72 bishwe, kuva ku wa kabiri Gicurasi 4 kugeza ku wa gatanu Gicurasi 7, mu bitero byagabwe n’inyeshyamba za ADF mu midugudu y’umutwe wa Baswagha-Madiwe, agace ka Beni (Amajyaruguru ya Kivu). Abakorerabushake bakiri bato baturutse i Cantine na Mabalako, baherekejwe n’abasirikare, batanze iyi raporo nyuma yo kuvumbura, ku wa gatandatu Gicurasi 8, imirambo […]

Macron yasheshe Inteko Ishinga Amategeko y’u Bufaransa, Minisitiri w’Intebe w’u Bubiligi aregura

Perezida Emmanuel Macron w’u Bufaransa yasheshe Inteko Ishinga Amategeko y’igihugu cye na ho Alexandre De Croo wari Minisitiri w’Intebe w’u Bubiligi aregura, nyuma y’uko amashyaka yabo atsinzwe amatora y’abagize Inteko Ishinga Amategeko y’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi. Imibare y’ibyavuye mu matora yerekana ko mu Bufaransa ishyaka Front National ry’umunyapolitiki Marine Le Pen utavuga rumwe n’ubutegetsi ari […]

Leta ya Tanzania yongeye gusabwa guhagarika igihano cy’urupfu

Tanzania yongeye gusabwa gukura igihano cyo kwicwa mu mategeko yayo, mu rwego rwo gushyira mu bikorwa amasezerano yo ku rwego rw’Umugabane wa Afurika yerekeye uburenganzira ku buzima (rights to life). Byasabwe n’Urukiko rwa Afurika rw’Uburenganzira bwa Muntu (African Court on Human and Peoples’ Rights). Ubwo busabe bw’urwo rukiko bwaje buturuka ku gihano cyo gufungwa burundu […]

Gen. Niyombare wemeza ko Nkurunziza yishwe yahishuye icyatumye agerageza kumuhirika

Gen. Godefroid Niyombare wahunze u Burundi nyuma yo kugerageza guhirika ku butegetsi Pierre Nkurunziza wahoze ari Perezida wabwo, yemeje ko uyu mugabo yaba yarishwe n’abantu bo hafi ye bari baramwiyoberetseho. Ku itariki nk’iyi ya 8 Kamena mu myaka ine ishize ni bwo Nkurunziza ari umaze imyaka 15 ari Perezida w’u Burundi yapfuye, nyuma y’iminsi itagera […]

Ese ibihaza bibarirwa mu mbuto cyangwa imboga? Impamvu ukwiye kubirya

Ibihaza bishyirwa mu rwego rw’imboga ,ariko hari nababishyira mu rwego rw’imbuto bitewe nuko bibonekamo imbuto,igihaza kiribwa amababi yacyo,kikaribwa imbuto ndetse nicyo twakwita umuhore wacyo. Ibihaza bikaba bikungahaye ku ntungamubiri zitandukanye kandi zifitiye umubiri wacu akamaro .Ibihaza bikomoka mu gihugu cya Mexique na Amerika yo hagati ,kikaba kimaza imyaka irenga 7500. 1.Ibihaza bigabanya ibyago byo kurwara […]

Goma: Herekanwe itsinda ry’urubyiruko batawe muri yombi bashinjwa imikoranire na M23

Kuri uyu wa gatanu, tariki ya 7 Kamena 2024, umuyobozi w’umujyi wa Goma, Superintendent Faustin Kapend Kamand, yerekanye itsinda ry’abo bise ko ngo ari abafatanyabikorwa ba M23. Uru rubyiruko rwatawe muri yombi mu rwego rwa Operation ngo bise Safisha Mji wa Goma (Gusukura umujyi wa Goma), byakozwe ku mabwiriza ya guverineri wa gisirikare wa Kivu […]

Hamenyekanye amakosa yatumye Senateri Mupenzi yegura

Mupenzi Gerorge wari umusenateri mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda, umutwe wa Sena, yeguye kubera ubusinzi nk’uko amakuru abivuga. Ku wa Gatanu tariki ya 7 Kamena ni bwo Inteko Ishinga Amategeko yanditse ku rubuga rwayo rwa X ko Perezida wa Sena yakiriye ibaruwa y’ubwegure bwa Mupenzi; ivuga ko “yeguye ku mpamvu ze bwite”. The New […]

Kwa Ndayishimiye bibutse Pierre Nkurunziza umaze imyaka 4 apfuye

Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi n’umuryango we kuri uyu wa Gatandatu bifatanyije n’abayobozi batandukanye mu kwibuka Pierre Nkurunziza umaze imyaka ine apfuye. Perezidansi y’u Burundi ku rubuga rwayo rwa X yatangaje ko umuhango wo kwibuka Nkurunziza wahoze ari Perezida wa kiriya gihugu cyaranzwe no gushyira indabo ku mva ye iherereye mu mujyi wa Gitega. Mu […]

Gisagara: Hari ibisambo byazengereje abaturage bikanakubita abanyerondo

Mu Karere ka Gisagara mu murenge wa Save haravugwa abajura birirwa bazenguruka biba mu mazu no mu mirima y’abaturage, abanyerondo bagirango baratabaye bagakubitwa. Byavuzwe n’abaturage batuye mu Kagari ka Rwanza ko mu Murenge wa Save, aho bavuga ko hari insoresre zishyize hamwe rikora itsinda ryo gutobora amazu maze hagira uvuga bakamumerera nabi. Bavuga ko bamaze […]

Bujumbura: Umuriro w’amashanyarazi wasimbuwe na Buji muri karitsiye zimwe z’ubucuruzi

Uduce twinshi two mu mujyi w’ubucuruzi wa Bujumbura twibasiwe n’umwijima none abahatuye basigaye bacana buji (Boujie) aho gucana umuriro w’amashanyarazi.Muri izi karitsiye ngo biragoye kubona umusaruro kuko usanga ibikorwa bihakorerwa birimo n’inganda usanga bisaba umuriro w’amashanyarazi. Ikibazo kirushaho gukara mu gihe hitabajwe imashini zikoresha lisansi(Generator) kuko nabwo usanga itaboneka bitewe n’uko yabuze ku isoko ry’i […]

Denimark: Minisitiri w’Intebe yakubiswe

Muri Denimark haravugwa amakuru y’umuntu waje agakubita Minisitiri w’Intebe Mme Mette Frederiksen bitunguranye. Abatangabuhamya batandukanye babibonye ibi biba, bavuga ko hari umugabo waje mu cyerekezo kinyuranye n’icyo Minisitiri w’Intebe yacagamo aramuhirika. Uyu Mette yatunguwe no kubona umugabo aje aramuhirika yitura hasi muri kaburimbo ubwo yari Murwa mukuru Copenhagen.Amakuru atangazwa na BBC avuga ko uwamukubise akimara […]

Tshisekedi yakwepye inama yari buhuriremo na Perezida Kagame

Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ku wa Gatanu yanze kwitabira inama idasanzwe y’abakuru b’ibihugu bigize Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC). Ni inama yabaye mu buryo bw’ikoranabuhanga, yitabirwa n’abakuru b’ibihugu barimo Salva Kiir wa Sudani y’Epfo wari uyiyoboye, Hassan Sheikh Mohamud wa Somalia, Samia Suluhu Hassan wa Tanzania, Yoweri Kaguta Museveni […]

Veronica yasimbuye Mathuki ku bunyamabanga bwa EAC

Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba EAC, yashyizeho munya-Kenya, Veronica Mueni Nduva kuba umunyamabanga Mukuru wayo. Yatangiye inshingano kuri uyu wa Gatanu nyuma yo kwemezwa n’Inama ya 23 idasanzwe y’Abakuru b’Ibihugu bya EAC, yabaye hifashishijwe ikoranabuhanga. Iyi nama yitabiriwe n’abantu batandukanye barimo Perezida Kagame washimiye uyu muyobozi anamwifuriza ishya n’ihirwe mu mirimo mishya.Yanashimiye kandi Peter Mutuku wayoboraga […]

Diane Rwigara yijunditse Perezida Kagame

Umunyapolitiki Shima Diane Rwigara yijunditse Perezida Paul Kagame, amushinja kuba ari we watumye Komisiyo y’Igihugu y’Amatora yanga kumutangaza mu matora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe muri Nyakanga uyu mwaka. Ku wa Kane tariki ya 6 Kamena ni bwo Komisiyo y’amatora yatangaje Diane Rwigara mu bakandida batemerewe kwiyamamaza, nyuma yo gusanga hari bimwe mu byangombwa basabwaga ngo bemererwe […]

Kinshasa: 53 bashinjwa gushaka gukora Coup d’Etat bagejejwe imbere y’urukiko rwa gisirikare

Abantu bagera kuri 53 bakekwaho gushaka guhirika ubutegetsi bwa Tshisekedi bagejejwe imbere y’urukiko rwa Gisirikare rwabereye muri gereza ya Ndolo kuri uyu wa Gatanu taliki 07 Kamena 2024. Aba bakekwaho kuba baragize uruhare muri coup d’Etat yapfubye . Bashinjwa ibyaha birindwi birimo kugaba igitero, iterabwoba, gutunga imbunda mu buryo butemewe n’amategeko, gushaka kwica, umugambi mubisha, […]

M23 yungutse amaboko mashya

Ishyaka Front Citoyen pour la Dignité du Congo (FCDC) rwatangaje ko ryahisemo kwiyunga ku ihuriro AFC ribarizwamo umutwe wa M23, mu rwego rwo gushyira iherezo ku bikorwa bibi by’ubutegetsi bwa Perezida Félix Tshisekedi. Iri shyaka ryemeje ko ryahuje amaboko na AFC/M23 biciye mu itangazo ryasohowe n’umuvugizi waryo, AMANI Steven. FCDC ni ishyaka rigizwe na bamwe […]

Perezida Kagame yahawe igihembo cy’ishimwe na ALU

Perezida Paul Kagame kuri uyu wa Gatanu tariki ya 7 Kamena, yahawe igihembo cy’ishimwe na Kaminuza Kaminuza Mpuzamahanga y’Imiyoborere ya African Leadership University. Ni igihembo Umukuru w’Igihugu yashyikirijwe ubwo yari yitabiriye umuhango wo guha impamyabumenyi abanyeshuri babarirwa muri 400 barangije muri iriya Kaminuza. Umuyobozi Mukuru wa ALU akanaba uwayishinze, Fred Swaniker. Perezida Kagame yashyikirijwe iki […]

Senateri Mupenzi yeguye

Mupenzi George wari umusenateri mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda, yeguye ku mirimo ye. Amakuru y’ubwegure bwe yemejwe n’Inteko Ishinga Amategeko mu butumwa yanditse ku rubuga rwayo rwa X. Iti: “Ku wa 6 Kamena 2024, Perezida wa Sena yakiriye ibaruwa y’ubwegure ku murimo w’Ubusenateri ya Mupenzi George ku mpamvu ze bwite.” Mupenzi yari umusenateri muri […]

Niba umara kurya bigafata igihe kinini ngo kugirango wongere gusonza fata iri funguro

Abantu benshi by’umwihariko muri Afurika usanga bafata amafunguro runaka ariko bamwe ugasanga barataka bavuga ko bagugaye bityo bikabagora kongera gusonza. ku bahura n’icyo kibazo rero usanga abahanga mu mirire babagira inama gufata amafunguro atandukanye ariko by’umwihariko ibishyimbo n’imboga zirimo imiteja. Nk’uko tubikesha urubuga rwa interineti lesjardinslaurentiens.com, ibishyimbo bimaze imyaka ibihumbi bivumbuwe n’abashakashatsi, bavuga ko byagaragaye […]

Abarenga 2600 bakoreye ibizamini mu kigo cya Busanza bamaze gutsindira ‘Perimi ‘

Abantu bagera ku bihumbi 2621 bangana na 40% bamaze gutsindira Perimi yo gutwara ibinyabiziga nyuma y’ukwezi kumwe Ikigo cya Busanza gifunguwe. Byatangajwe na Polisi y’u Rwanda ishami rishinzwe umutekano wo mu muhanda kuri uyu wa Kane. Aba batsinze bamaze gukorera ibizamini byo gutwara ibinyabiziga mu kigo cya Polisi y’u Rwanda gishinzwe gukoresha ibizamini n’impushya zo […]