Bamwe mu bafata inguzanyo mu mabanki bavuga ko bagambaniwe n’Urugaga rw’Abagenagaciro

fb_img_16213250711919619.jpg

Bamwe mu bafata inguzanyo mu mabanki bavuga ko babangamiwe na n’Abagenagaciro bivuye kuri sisitemu yashyizweho n’ubuyobozi bw’Urugaga rw’Abagenagaciro kuva yajyaho tariki 15 Mata 2021, bemeza ko batari gukora neza. Abaturage bafata inguzanyo muri banki bavuga ko iki kibazo cyabaguyeho kuko bari basanzwe baka inguzanyo mu buryo busanzwe ariko ubu Urugaga rw’Abikorera rukaba rwarazanye urubuga rugoye. […]

Kayumba Nyamwasa arashinjwa ubutekamutwe

Ishyaka Amahoro People’s Congress rirwanya Leta y’ u Rwanda ryikuye mu Mpuzamashyaka RBB ryashinzwe na Kayumba Nyamwasa rivuga ko ryasanzwe ari imitwe ryatekewe n’uyu wahoze ari jenerali muri RDF ngo arye utwaryo. Amakuru yiriwe acicikana mu mbuga nkoranyambaga z’abarwanya Leta y’u Rwanda, aravuga ko Ishyaka Amahoro People Congress ryasezeye mu mpuzamashyaka RBB (Rwanda building Builders). […]

Le chef des sĂ©paratistes du Polisario convoquĂ© devant la justice espagnole pour une affaire d’enlĂšvement et de tortures

Le chef des sĂ©paratistes du polisario, le dĂ©nommĂ© Brahim Ghali, admis actuellement dans un hĂŽpital Ă  Logrono en Espagne, est citĂ© Ă  comparaĂźtre devant la justice espagnole, le mercredi 05 mai, pour une affaire d’enlĂšvement et de tortures. Cette convocation, qui fait suite Ă  une plainte dĂ©posĂ©e par Fadel Breika et qui a Ă©tĂ© admise […]

Ishyaka Green Party rirasaba leta y’u Rwanda kwihutira kubungabunga imigezi

Tariki ya 23 Mata 2021, Ishyaka Green Party ryatangaje ko imigezi yo mu gihugu yibasiwe bikomeye cyane amazi yose yisuka mu ruzi rwa Nil, hakaba kandi ikibazo cy’abaturage babasuka imyanda mu migezi , ibikorwa by’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro na kariyeri ituruka mu mijyi itandukanye mu Gihugu , bagasaba Leta y’u Rwanda kubihagurukira ndetse n’abaturage bakagumya kwigishwa […]

Biravugwa ko Perezida mushya wa Tchad, Gen. Mahamat Itno yakomerekeye mu irasana

Bimwe mu bitangazamakuru by’abatavugarumwe n’ubutegetsi bwa Tchad byatangaje Perezida mushya, Gen. Mahamat Itno yakomerekeye mu irasana ryabereye mu ngoro y’umukuru w’igihugu i N’Djamena kuwa 22 Mata 2021. Ibi bitangazamakuru bivuga ko uko kurasana kwaba kwaraturutse ku makimbjrane ari hagati mu muryango wa Idriss DĂ©by Itno utemeranya ku muntu ugomba gusimbura nyakwigendera ku butegetsi. Kimwe muri […]

Umunyarwanda aravugwaho kumviriza inama ya kaminuza ya St. Mary’s muri Amerika

president-mengler-speech.jpg

Umuyobozi wa Kaminuza ya St. Mary’s yo mu Mujyi wa San Antonio muri Leta ya Texas, muri Amerika, Thomas Mengler avuga ko hari Umunyarwanda witabiriye inama y’iyi kaminuza yakozwe mu buryo bwa ”Zoom’ kandi atayitumiwemo. Ni inama yabaye mu byumweru bibiri bishize, ikaba yari irimo abiga amategeko muri iyo kaminuza bari kumwe n’abatumirwa ndetse n’abarimu […]

Dr. Frank Habineza arasaba abaturage bahura n’akarengane kujya bandikira abadepite ku giti cyabo

Mu kiganiro yagiranye na BWIZA, Hon. Dr Frank Habineza yavuze ku kibazo cy’abaturage bakunze kugaragaza ko barenganyijwe, bakandikira Inteko Ishinga Amategeko n’izindi nzego, bikaba ingorabahizi kubona igisubizo mu buryo bwihuse, bamwe ugasanga bakunze kunenga imikorere y’abadepite bafatwa nk’intumwa za rubanda, asaba ko bajya bandikira umudepite ku giti cye, aho kwandikira Inteko. Abaturage bakunze kuvuga ko […]

Twagiramungu na Amb. Ndagijimana baravugwaho ubutekamutwe

Uwari Minisitiri w’Intebe mu Rwanda mu 1995, Faustin Twagiramungu n’uwari Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Jean Marie Vianney Ndagijimana bavugwaho kuba ubwo bari muri guverinoma y’ubumwe, hari amafaranga banyereje babeshya ko agiye gukoreshwa muri gahunda za Leta. Ibi byigezwe no gukomozwaho na Perezida Kagame wari mu nama yiswe ” ‘Curbing Electoral Spending: A panacea to Public Corruption’, […]

Sahara Marocain : Des personnalités politiques américaines et des experts en droit internationale appellent à soutenir les efforts du Maroc visant à résoudre le conflit du Sahara

D’Ă©minentes personnalitĂ©s et des experts amĂ©ricains en droit et en relations internationales ont appelĂ©, lors de deux rencontres, organisĂ©es, les 13 et 14 avril 2021, respectivement par le Centre amĂ©ricain “Republic-Underground”, et l’Association du barreau de la ville de New York (NYCBAR), , l’actuelle administration amĂ©ricaine Ă  soutenir les efforts du Maroc visant Ă  rĂ©soudre […]

Sahara Marocain : Ouverture d’un Consulat GĂ©nĂ©ral du SĂ©nĂ©gal Ă  Dakhla

La RĂ©publique du SĂ©nĂ©gal a ouvert, le 4 avril 2021, un Consulat GĂ©nĂ©ral Ă  Dakhla, lors d’une cĂ©rĂ©monie prĂ©sidĂ©e par le Ministre des Affaires EtrangĂšres, de la CoopĂ©ration Africaine et des Marocains RĂ©sidant Ă  l’Etranger, Nasser Bourita et la Ministre des Affaires EtrangĂšres, et des SĂ©nĂ©galais de l’ExtĂ©rieur, AĂŻssataTallSall. Il s’agit de la 10ĂšmereprĂ©sentation diplomatique […]

RDC: Kabila yaba yahungiye muri UAE?

mission.jpg

Ku gicamunsi cyo kuri iki Cyumweru, muri Kinshasa hacicikanye inkuru z’uko uwahoze ari Umukuru w’Igihugu cya Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC), Joseph Kabila yiteguraga gufata rutemikirere yerekeza muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu (UAE), byemezwa ko yamaze kugera mu mujyi wa Abu Dhabi muri iki gihugu kuri uyu wa 22 Gashyantare 2021. Ni amakuru yabaye […]

Charles Kagame yashyize hanze indirimbo nshya nyuma y’iminsi asimbutse urupfu-VIDEO

Kagame Charles , umuhanzi nyarwanda mu muziki wa Gospel ubarizwa muri Australia ari naho akorera umuziki, yashyize hanze indirimbo nshya yise ‘Amakuru’ yasohokanye n’amashusho yayo. Ni nyuma yahoo mu minsi micye asimbutse urupfu aho yakoze impanuka ikomeye ariko Imana igakinga ukuboko. Kagame Charles usengera mu itorero rya Lifehouse Church mu mujyi wa Coffsharbour, akaba amaraso […]

Kinshasa: Icyoba ni cyose, uwari ukuriye ubutasi n’uw’igipolisi mu mazi abira

KalĂ©v Mutond wahoze akuriye urwego rw’Ubutasi bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC), ANR mu magambo ahinnye y’Igifaransa, ubushinjacyaha bwamenyesheje ko buri gukurikirana dosiye ye ku byaha bumushinja. Nk’uko bigaragara mu ibaruwa Umushinjacyaha Mukuru wa RDC, Bonheur Luntaka Madi yandikiye amenyesha Urwego rw’Ubutasi muri icyo gihugu, yavuze ko KalĂ©v akurikiranyweho ibyaha byinshi birimo n’impfu z’abantu […]

Promotion: Dore Diru Ishyushye muri StarTimes, Ibiciro bya hananuwe

Dore Diru, Dore Diru. Hamwe na Promosiyo ya StarTimes ubu wakwihahira dekoderi ya make kw‘isoko ryose. Noneho igiciro cya dekoderi za StarTimes cya kubiswe hasi bitari bwabeho mu Rwanda. Tunga dekoderi ya DTT (Imwe ikoresha antene y’udushami) wishyuye amafaranga 7000 Rwf gusa, maze wongereho 8000 Rwf bya abonema ya Classic Bouquet. Cyangwa se ugure dekoderi […]

Clement TheVibe icyizere cy’ejo hazaza mu muziki w’ u Rwanda

Mbarushimana Clement uzwi nka Clement Thevibe ni umusore w’Umunyarwanda, wabonye izuba tariki 05/Nzeri/ 1998, ubusanzwe ni umucuranzi w’inanga za kizungu ( Guitar) aho asanzwe acuranga guitar solo ndetse na acoustic. Gusa kuri ubu uyu musore wavukiye mu mujyi wa Kigali yatangiye urugendo rwa muzika nk’umuririmbyi mu njyana ya RNB. Clement Thevibe yatangiye urugendo rwe rwa […]

UBUSESENGUZI: Abayobozi b’uturere baba bikorezwa urusyo

Ubusesenguzi bwerekana ko abayobozi b’uturere (ba Meya) baba bikorezwa urusyo, bushingiye ku mikorere yabo, uburyo bajya kuri izi nshingano n’uburyo bazivaho cyangwa se bazivanwaho. Ba Meya babiri; Nzamwita DĂ©ogratias uyoboye Akarere ka Gakenke na Habitegeko François uyoboye Akarere ka Nyaruguru ni bo bonyine barangije manda ebyiri, abandi bagiye begura, bagenzi babo bakeguzwa bitewe n’impamvu zitandukanye. […]

Urwego rw’Umuvunyi rwasubije ibibazo byabajijwe n’Inteko Ishingamategeko harimo n’iby’imanza zitarangizwa

Ku butumire bw’Inteko Ishingamategeko, Umutwe w’Abadepite, Komisiyo ya Politiki, Uburinganire n’Ubwuzuzanye bw’Abagabo n’Abagore mu Iterambere ry’Igihugu, kuri uyu wa Gatatu tariki ya 27 Mutarama 2021, Komisiyo yagiranye ikiganiro n’Urwego rw’Umuvunyi ku bibazo byagaragaye muri raporo y’ibikorwa by’Urwego rw’Umuvunyi by’umwaka wa 2019-2020; aho Umuvunyi Mukuru yagize icyo avuga ku bibazo byabajijwe n’Abadepite. Umuvunyi Mukuru, Nirere Madeleine […]

Rubavu: Bashinja Akarere kubatwara ubutaka ku ngufu

Abaturage barashinja akarere ka Rubavu kubambura ubutaka bwabo kuva mu mwaka w’2009 kugeza magingo aya, bakavuga ko baje bababwira ko hazacukurwamo laterite zo gukora umuhanda Rubavu-Musanze bakazahabwa ingurane. Ubwo umuhanda Rubavu-Musanze wakorwaga mu 2009, abakozi ba sosiyete ya STRABAG yawukoraga baje gushaka ibicangarayi bazana n’uwahoze ari Agoronome (Agronome) w’Umurenge wa Nyakiriba bababwira ko bagomba gutanga […]

Umuryango wa Bibiliya mu Rwanda wateguye icyumweru cy’ubumwe bw’abakirisito

Umuryango wa Bibiliya mu Rwanda uyobowe na Cardinal Antoine Kambanda

Umuryango wa Bibiliya mu Rwanda kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 23 Mutarama, watangaje ko hari icyumweru ngarukamwaka cyahariwe gusengera ubumwe bw’ Abakirisitu ngo babe umwe. Binyuze munsanganyamatsiko bahuriyeho n’indi miryango ya bililiya igira iti : “Mugume mu Rukundo nibwo muzera imbuto nyinshi” – Yohana 15:5-9 Pastor Nkuranga Aimable, Umubitsi (TrĂ©sorier) mu muryango wa bibiriya […]

Huye: Barashinja ubuyobozi kubahohotera no kubaca amande atagira inyemezabwishyu

img-20210114-wa0035.jpg

Bamwe mu baturage bo mu Murenge wa Mbazi mu Karere ka Huye barashinja ubuyobozi kubahohotera no kubaca amande ku ngufu batazi icyo bazira kandi ntibahabwe inyemezabwishyu. Barabivuga nyuma y’uko ku wa 22 ukuboza 2020 basanzwe mu ngo zabo barafatwa, bajyanwa ku biro by’Umurenge wa Mbazi baratukwa, babwirwa ko uwemererwa gutaha ari utanga amande. VIDEO: Icyo […]

Kicukiro: Umwana watewe inda afite imyaka 16 ubu asigaye aba muri shitingi- Akeneye ubufasha

138950825_2922028421414122_6792655138406431008_n.jpg

Mu mudugudu wa Murambi, Akagari ka Nyanza, Umurenge wa Gatenga, ho mu Mujyi wa Kigali, hari umwana w’umukobwa uvuga ko ari impfubyi, wafashwe ku ngufu n’abantu ataramenya afite imyaka 16 bakamutera inda. Avuga ko kuva yaterwa inda ari mu burushyi n’ingaruka zarushijeho kuba mbi nyuma y’aho ubuyobozi bwasenye inzu yari yubakiwe n’abaturage ubu akaba ari […]

HUYE: Abana biga Regina Pacis barataka kuriganywa amafaranga bizigamye bavuga ko yariwe n’ubuyobozi

whatsapp_image_2021-01-11_at_14.36.34.jpg

Abanyeshuri biga muri Ecole Secondaire Regina Pacis de Tumba, baravuga ko bizigamiye amafaranga asaga ibihumbi ijana na mirongo itanu (150,000Frw) bagamije kwiteza imbere, aza kuburirwa irengero bagakeka ko yarigishijwe n’u buyobozi bw’ikigo. Aba banyeshuri babwiye bwiza.com ko ikibazo cyagaragaye, ubwo bari basubiye kwiga nyuma y’amezi 8 bari bamaze bari iwabo mu rugo, ku mpamvu zo […]

Huye: Abarimu batanu baratabaza Minisiteri y’Uburezi ku karengane bavuga ko bakorewe

img-20210109-wa0021.jpg

Bamwe mu barimu bigisha kuri Ishuri ryisumbuye rya Regina Pacis de Tumba riherereye mu Murenge wa Tumba wa karere ka Huye, baratabaza inzego zirimo na Minisiteri y’Uburezi ku Karengane bavuga ko bakorewe n’Ubuyozi bw’iryo shuri bufatanyije n’ubw’Akarere ka Huye. Ako karengane bavuga ko bagakorewe nyuma y’uko muri iryo shuri hibwe mudasobwa 18 n’ibindi bikoresho bakabitangaho […]

Umuhanzi Soldier Kid ahaye impano abakunzi b’umuziki mbere y’uko binjira mu 2021

whatsapp_image_2020-12-23_at_20.41.05.jpg

Mu gihe isi yose muri rusange abanyarwanda bari kwizihiza iminsi mikuru Mugisha Landry, uzwi kw’izina ry’ubuhanzi nka Soldier Kid, yahaye abakunzi be, n’abakunzi ba muzika nyarwanda impano.Uyu muhanzi akaba ashyize hanze umuzingo muto (EP) yise High school kid , ugizwe n’indirimbo esheshatu arizo Mrs me, rompeka, wisakuza, Flower, Ikarage, Umukonfirimo bere y’uko umwaka 2021 utangira. […]

AMATEKA: Umugore wa Lumumba yazengurutse umujyi yambaye ubusa

24womens-web-dumas-1-superjumbo.jpg

Mu kiganiro isi n’abantu gitambuka kuri Bwiza TV , babagejeje uburyo umugore wa Patrice Lumumba ,ufatwa nk’intwari ya Congo-Kinshasa, yemeye gushyira ubwambure bwe ku ka rubanda mu mihanda ya i Leopold ville (Kinshasa y’ubu), ku manywa yihangu ashagawe n’abanyekongo bari mu myigaragambyo mu mwaka w’1961 ku itariki ya 14 Gashyantare, nyuma yo kumenya inkuru y’incamugongo […]

Kigali: Wa musore wafunzwe azira urukundo yarekuwe ashimira umukunzi we

Urupapuro rufungura Niyigena by'agateganyo

Nyuma y’inkuru y’umusore, Niyigena Jean d’Amour, ukundana n’umukobwa, witwa Irakoze Jeannette, bikaviramo umusore gufungwa. Kuri ubu uyu musore aridegembya kuko amakuru y’ifungwa rye akimara kujya hanze kuwa Kane bwacyeye ku wa Gatanu tariki ya 11 Ukuboza 2020, afungurwa by’agateganyo mu gihe iperereza rigikomeje nkuko inyandiko imufungura ibigaragaza Mu kiganiro bwiza.com yagiranye na Irakoze mu nkuru […]

Sosiyete icuruza ikanagurisha KTN Rwanda yabonye igihembo cy’umwaka

50679668628_8243-8f1b5.jpg

Mu muhango wo gutanga ibi bihembo wabaye ku wa 5 Ukuboza, Sosiyete Nyarwanda yo kugura no kugurisha ya KTN Rwanda yegukanye igihembo cy’abahize abandi mu gutanga serivisi nziza bizwi nka Service Excellence Awards. Service Excellence Awards ni ibihembo bitangwa n’ikigo gisanzwe gikora ibikorwa byo guhemba abantu n’ibigo mu nzego zitandukanye cya Kalisimbi Events, byatangwaga ku […]

‘Emmanuel’ – Indirimbo nshya ya Gaby Kamanzi iri guhembura abarokore

Umuramyi Gaby Kamanzi, ufite izina rikomeye mu muziki wo kuramya no guhimbaza Imana mu Rwanda, benshi bakunze kwita ‘’Malikia wa Gospel’’ Kuri uyu wa kane tariki ya 3 Ukuboza 2020, yamaze gusohora indirimbo nziza cyane yise ‘’Emmanuel’’ izaba iri kuri alubumu ateganya gusohora umwaka utaha wa 2021. Gabby Gaby Irene Kamanzi ni umwe mubahanzikazi baririmba […]

2020: Abapolisi b’u Rwanda barenga 400 ni bo bamaze kwirukanwa mu kazi

Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda, IGP Dan Munyuza, yatangaje ko kuva umwaka wa 2020 watangira, abapolisi 425 bamaze kwirukanwa mu mirimo yabo kubera imyitwarire mibi itandukanye. Byagarutsweho mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki ya 3 Ukuboza 2020, mu Nama Nkuru ya Polisi yabereye ku Cyicaro gikuru cya Polisi y’u Rwanda ku Kacyiru. […]

Sahara Marocain : le vice-prĂ©sident de la Chambre des dĂ©putĂ©s tchĂšque soutien la lĂ©gitimitĂ© de l’action marocaine Ă  El Guergarat

Le vice-prĂ©sident de la Chambre des dĂ©putĂ©s tchĂšque et prĂ©sident du Groupe d’amitiĂ© TchĂ©quie-Maroc, Monsieur Vojtech Filip a affirmĂ©, Ă  l’issue d’une rĂ©union avec l’Ambassadeur du Maroc en RĂ©publique tchĂšque, Mme Hanane Saadi, que « le blocage de la libre circulation des personnes et des biens par le “polisario” menace non seulement les droits lĂ©gitimes du […]

Vote par le Parlement europĂ©en d’une rĂ©solution d’urgence sur la dĂ©tĂ©rioration des libertĂ©s en AlgĂ©rie

Le Parlement europĂ©en rĂ©uni en plĂ©niĂšre Ă  Bruxelles a adoptĂ©, le jeudi 26 novembre 2020, une rĂ©solution d’urgence dĂ©nonçant la dĂ©tĂ©rioration des libertĂ©s en AlgĂ©rie. La rĂ©solution adoptĂ©e par 669 dĂ©putĂ©s pour et seulement 3 dĂ©putĂ©s contre, soit la quasi totalitĂ© des membres du Parlement europĂ©en, condamne la rĂ©pression des activistes des droits de l’homme […]

Union Africaine : une enquĂȘte interne lancĂ©e pour corruption, nĂ©potisme et menaces

L’hebdomadaire panafricain “Jeune Afrique” a dĂ©voilĂ© dans sa publication du 18 novembre 2020, que le “MĂ©canisme Africain d’Evaluation par les Pairs” (MAEP), une structure qui dĂ©pend de l’Union Africaine (UA), basĂ©e Ă  Johannesburg, en Afrique du Sud, fait l’objet d’une enquĂȘte interne pour nĂ©potisme, favoritisme, corruption et chantage. Des salariĂ©s du MAEP ont Ă©laborĂ©, en […]

Rusizi: Abarezi n’abayobozi b’ibigo by’amashuri bahangayikishijwe n’ubuke bw’intebe

Rusizi: Abarezi n’abayobozi b’ibigo by’amashuri bahangayikishijwe n’ubuke bw’intebe

Mu gihe hategerejwe abandi banyeshuri bazasubukura amasomo ku wa 23 Ugushyingo, basanga abandi bamaze ibyumweru 2 biga, abarezi n’abayobozi b’ibigo by’amashuri mu karere ka Rusizi baravuga ko batangiye kubunza imitima bibaza aho bazicara mu gihe intebe bicaragaho zicaweho na bagenzi babo baje mbere hakurikijwe amabwiriza yo kwirinda icyorezo cya COVID-19. Bamwe mu barezi n’abayobozi b’ayo […]

Musanze: Ba gitifu b’imirenge bakwiriye kujyanwa i Nkumba

cyuve_musanze_amajyaruguru.jpg

Hamaze iminsi humvikana imigirire idahwitse ku banyamabanga nshingwabikorwa batandukanye mu mirenge inyuranye igize Akarere ka Musanze, Intara y’Amajyaruguru. Kuri bamwe, byasaga nk’ibigoye kwiyumvisha uko gitifu akora ibintu runaka hagendewe ku kigero cy’imiyoborere myiza u Rwanda rufite, uko demukarasi yakabaye yumvikana mu mitwe ya rubanda, amahame y’uburenganzira bwa muntu, ibikubiye mu mategeko n’ibindi. Bamwe muri ba […]

Sahara marocain / Les Forces Armées Royales délogent les miliciens du « polisario » de la zone tampon de Guergarate

moroco_1.jpg

Face aux provocations graves et inacceptables auxquelles se sont adonnĂ©es les milices du “polisario” dans la zone tampon de Guergarate au Sahara marocain, « Le Maroc a dĂ©cidĂ© d’agir, dans le respect de ses attributions, en vertu de ses devoirs et en parfaite conformitĂ© avec la lĂ©galitĂ© internationale », a indiquĂ©, ce jour, le MinistĂšre […]