COVID-19 izasiga bamwe mu Banyarwanda mu bibazo byâubukungu
Icyorezo cya Coronavirus gishobora kuzasiga bamwe mu baturage bafite ibibazo byâamikoro ahagaze nabi bitewe nâihagarara ryâibikorwa byinjiza amafaranga. Mu Rwanda ibikorwa byinshi nâubwo atari byose byinjiza amafaranga byahagaritswe kuwa 21 Werurwe 2020. Amabwiriza yavugaga ko mu rwego rwo kwirinda Coronavirus, abantu bagomba kuguma mu rugo, hagakora abo bishoboka ko bakoresha murandasi. Ni igihe cyari kumara […]
IMF yahaye u Rwanda inguzanyo ya $ miliyoni zisaga 109 zo kurwanya COVID-19
Inama Nyobozi yâIkigega Mpuzamahanga kâImari (IMF) yemeje miliyoni 109.4 zâamadolari agamije gufasha u Rwanda guhangana n’ingaruka z’icyorezo cya coronavirus kuri ubu kimaze gukwira ku Isi muri iki gihe. Aya mafaranga ni inguzanyo yihutirwa, igamije gufasha leta y’u Rwanda guhangana n’ingaruka za Corona. Ni amafaranga azanyuzwa mu ishami ryâinguzanyo zihutirwa (Rapid Credit Facility). Ingaruka mbi ku […]
Abasirikare ba RDF bashinjwa ibyaha bikomeye bagiye kuburanishwa
Abasirikare batatu mu Ngabo z’u Rwanda ( RDF) bataramenyekana amazina bakekwaho guhohotera abaturage mu gace kitwa Bannyahe mu Mujyi wa Kigali bagiye kuburanishirizwa mu ruhame. Abaturage batuye Bannyahe bagiye babwira itangazamakuru ko aba basirikare bagiye babakubita gusa hakaba n’abavuga ko bafashe ku ngufu abagore n’abakobwa. Soma: https://bwiza.com/?RDF-yatangaje-ko-abasirikare-batatu-bakurikiranweho-ibyaha-bikomeye Lt. Col. Innocent Munyengango, Umuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda […]
Kinyinya: Abaturage bavuga ko hari ikimenyane mu gutanga ibiribwa
Bamwe mu baturage bo mu Mudugudu wa Gicikiza, Akagari ka Kagugu mu Murenge wa Kinyinya, bavuga ko bakeka ko hari ikimenyane mu gutanga ibiribwa bihabwa abatishoboye muri ibi bihe akazi kahagaze mu rwego rwo kwirinda no gukumira icyorezo cya Coronavirus. Aba baturage batangarije Bwiza.com ko badashira amakenga uburyo ubuyobozi butanga ibi biriribwa bashingiye ku buryo […]
Yirukanwe ku kazi ku bwo gutinda ku musarani
Umugabo w’Umunya-Malawi yirukanwe ku kazi yakoraga muri Hoteli yitwa Amaryllis iri mu Mujyi wa Blantyre bitewe no gutinda mu bwiherero. Uyu mugabo utatangajwe amazina na Nyasa Times dukesha iyi nkuru, umukoresha we yaje kumureba ku kazi uwo bakorana amubwira ko yagiye mu bwiherero. Bosi yaramutegereje kuko yamushakaga cyane, undi ngo yamaze nk’iminota 30. Igihe aziye […]
Kigali: Wanaosubiri msaada wa serikali wapia mayowe
Wakazi Tarafa la Bumboko kijijini Ngara wametangaza kukumbwa na njaa baada ya kusubiri msaada wa serikali wakaukosa wakati wa kutotoka nyumbani kwa ajili ya Virus vya Corona. Baadhi yao wameambi Bwiza.com kuwa waliandikwa na viongozi wao wiki iliyipita ila bado hawajapokea kitu. ” Waliandika majina yetu wiki iliyopita, wengine wamepata chakula lakini sisi hatujapokea.” Mmoja […]
Kwibuka26: Abazagira ihungabana bazafashirizwa mu ngo kubera Coronavirus
Komisiyo yâIgihugu yo Kurwanya Jenoside (CNLG) itangaza ko kwibuka ku nshuro ya 26 Jenoside yakorewe Abatutsi bizabera mu ngo ku bwo kwirinda icyorezo cya Coronavirus , ariko kubazagira ihungabana bazafashirizwa mu rugo hifashijwe uburyo butandukanye. Mu itangazo CNLG yashyize ahagaragara, rivuga ko â Abaturage bazibukira mu ngo babifashijwemo nâibiganiro bizahita mu itangazamakuru: Radiyo, Televiziyo, imbuga […]
Gasabo-Bumbogo : Abatarahabwa ubufasha bwa Leta baratabaza
Bamwe mu baturage bo mu Mudugudu wa Gisasa mu Kagari ka Ngara mu Murenge wa Bumbogo mu Karere ka Gasabo, baravuga ko bataragerwaho n’ubufasha bw’ibiribwa Leta yageneye abatishoboye muri ibi bihe ibikorwa byinshi byinjiza amafaranga byahagaze kubera Coronavirus. Aba baturage babwiye Bwiza.com ko batorohewe ninzara muri ibi bihe nyuma y’aho bashyizwe ku rutonde rw’abazafashwa ariko, […]
Rwanda extends nationwide lockdown as 82 test positive for COVID-19
Rwanda on Wednesday extended its lockdown to April 19 as part of efforts to curb the spread of the novel Coronavirus. âUnnecessary movement and visits outside the home are not permitted except for essential services such as healthcare, food shopping or banking and for personnel performing such services,â Prime Minister Dr Edouard Ngirente said in […]
Rwanda: Idadi ya wagonjwa wa Virusi vya Corona yapanda kwa 75
Wagonjwa wa Virus vya Corona nchini Rwanda wamefika 75 kulingana na tangazo la Wizara ya Afya nchini humo. Rwanda inashika nafasi ya pili eneo la Afrika Mashariki kuwa na wagonjwa wengi wa ugongjwa huo. Kwa sasa, Kenya ingali kwa nafasi ya kwanza na wagonjwa 81. Serikali zimeanzisha mikakati mkikubwa ya kuwakinga wananchi wake Virus vya […]
Abarangiza ibihano muri ibi bihe bazataha iwabo-RCS
Urwego rw’Amagereza mu Rwanda (RCS) rutangaza ko imfungwa zizarangiza ibihano byazo muri ibi bihe u Rwanda ruhanganye n’Icyorezo cya Coronavirus zizajya zitaha. Ibi Umuvugizi wa RCS, Hillary Sengabo yabihamirije The New Times mu kiganiro bagiranye. Uyu muyobozi ati ” Imfungwa ntabwo zaguma muri gereza ngo ni uko ingendo zitemewe. Abarangije ibihano byabo kandi turabafasha kuko […]
The teen dreams to be a reproductive health doctor
Augustin Habimana, 15, a secondary school student at Groupe Scolaire SAGA says he will do whatever it takes to become a reproductive health doctor, a career he dreamed to pursue since he was young. His dream got a huge boost when he attended training on reproductive health conducted by Speak Out project at his school […]
Karongi: Ubumenyi yahawe n’umushinga Speak Out bwamuhaye icyizere
Umuturage wo mu Kagari ka Nyamushishi, Umurenge wa Murundi mu Karere ka Karongi, Nirere Esperence aravuga ko ubumenyi yahawe ubwo yahugurwaga nâumushinga Speak Out utanga amahugurwa mu bice bitandukanye by’igihugu ku bana n’abandi bantu, bwamuhaye icyizere ndetse ku buryo ibyo yize asubira inyuma akabisangiza bagenzi be. Nirere Esperence ni umwana w’umukobwa w’imyaka 18 y’amavuko ni […]
Living in dilemma of what is true about reproductive health
There was a time when girls in Busenyi Village, Kaberi Cell, Ruheru Sector in Nyarguru District of Southern Province felt confused of what is right or wrong about reproductive health. But at the moment, Gloriose Mushimiyimana, a student at Groupe Scolaire Ruheru says they have got to know everything concerning their rights and reproductive health […]
Kenya: Depite ntiyorohewe nyuma yo kurasira umuntu mu kabyiniro k’Umunyarwanda
Umudepite w’acage ka Embakasi, Babu Owino ari mu bihe bibi bica amarenga ku hazaza he muri politki ya Kenya nyuma yo kurasira umusore uvanga imiziki (DJ), Evolve mu kabari k’Umunyarwanda, Billy Ndengeyingoma. Depite Owino ashinjwa kuba yarashatse kwivugana Felix Orinda uzwi ku izina rya DJ Evolve, mu ijoro ryâitariki ya 17 Mutarama ubwo bari bahuriye […]
MIGEPROF yasabye abashakanye kwibuka kuboneza urubyaro muri iki gihe bari kuguma mu ngo
Minisiteri y’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango (MIGEPROF) yasabye abagore n’abagabo kwibuka kuboneza urubyaro muri iki gihe bari kuguma mu ngo kubera icyorezo cya Coronavirus. Abanyarwanda kuva kuwa 21 Werurwe basabwe kuguma mu ngo nyuma y’aho umuntu wa mbere wanduye Coronavirus (COVID-19) agaragariye mu Rwanda. Ubutegetsi buvuga ko iki gihe kizamara ibyumweru bibiri. Ibi birumvikana ko ku bashakanye, […]
Umukunzi wa Davido yasanzwemo Coronavirus
Umukunzi w’Umuhanzi, David Adedeji Adeleke uzwi nka Davido ari we Chioma yapimwe ibizamini bigaragaza ko yanduye icyorezo cya Coronavirus. Chioma ufitanye umwana na Davido witwa David Jnr, yanduye ubwo yari muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika aho akubutse we n’umugabo we. Iby’aya makuru byatangajwe na Davido ubwe ku mbuga nkoranyambaga. Yavuze ko mu bo bari […]
Uko imibare ya Coronavirus yifashe kuri uyu wa 28 Werurwe 2020
Imibare yâurubuga Worldo meters yerekana isegonda ku rindi uko icyorezo cya Coronavirus cyifashe ku Isi. Imibare irerekana ko iki cyorezo kimaze kwica abantu 27, 370 naho abamaze kucyandura ni 597, 458 hirya no hino ku Isi. Kugeza ubu abantu bo mu bihugu 199 hirya no hino ku Isi ni bo bamaze kwandura kiriya cyorezo. Iyi […]
Amakuru ari muri rubanda avuga kuri Kabuga Félicien ukekwaho uruhare muri jenoside
Hari amakuru yagiye agaruka mu matwi ya benshi avuga ku munyemali, FĂ©licien Kabuga ushinjwa kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, gusa akaba nta rwego cyangwa abo bireba bigeze bagira icyo babivugaho cyane ko amwe muri yo yumvikana nkâinkuru zâurwenya rwo muri rubanda. Uretse ayo makuru yafashwe nka bwa buvanganzo bwo muri rubanda, hari […]
Umugore asigaye andaza mu modoka-Umugabo wâ i Kigali
Umugabo witwa Nkusi (izina ryahinduwe nkâuko yabisabye) avuga ko atuye mu Karere ka Kicukiro mu Mujyi wa Kigali ariko ngo asigaye arara mu modoka kubera inkeke ashyirwaho nâumugore we. Nkusi yandikiye Bwiza.com kuri info@bwiza.com avuga ko muri ibi bihe atorohewe nâumugore umushinja kumuca inyuma. Avuga ko umugore we yarakajwe nâuburyo ngo yabonye Nkusi ahobera umugore […]
Ibyo wamenya ku muco wo kunywana
Mu muco wâAbanyarwanda ba kera, kunywana byari ikimenyetso cyâubucuti bukomeye hagati yâabantu ndetse abahanaga iki gihango ntibyarangiriraga kuri bo bombi ahubwo byageraga no ku miryango ibakomokaho. Byakorwaga habayeho kurasaga abagiye kunywana ku nda maze buri wese akanywa amaraso ya mugenzi we. Uwabaga yanywanye nâundi babaga bagiranye igihango cyâamaraso bityo ntibazahemukirane haba mu bito cyangwa mu […]
Ubusabe bwa Gen. Tumukunde buzasuzumwa vuba
Urukiko rw’Ikirenga mu gihugu cya Uganda rwatangaje umunsi hazasuzumirwaho ubujurire bwa (Rtd) Lt. Gen. Henry Tumukunde uri mu maboko y’ubutabera aho akurikiranweho kugambanira igihugu ndetse no gutunga intwaro mu buryo bunyuranyije n’amategeko. Umukuru w’Urukiko, Wilson Kwesiga mu itangazo yashyikirije abanyamategeko ba Gen Tumukunde yavuze ko ubujurire kwifungwa n’ifungurwa rye buzasuzumwa kuwa 14 Mata 2020 ariko […]
Bugesera: Abakora umuhanda bavuga ko bashobora kwandura Coronavirus
Bamwe mu bakozi ba Kompanyi y’Abashinwa yitwa Hunani iri gukora umuhanda Bugesera-Rwabusoro-Nyanza baravuga ko bafite impungenge ko bakwandura indwara ya Coronaviurus bagendeye ku kuba nta ngamba zo gukumira iki cyorezo babona zafashwe n’ababakoresha. Umwe mu bakoresha muri iyi kompanyi utashatse ko amazina ye atangazwa ngo atirukanwa, yabwiye Bwiza.com ko mu gihe ahandi akazi kahagaze, bo […]
Kenya: Abajura bibye urugi rwo ku biro bya polisi
Polisi mu gace ka Bungoma muri Kenya irahiga bukware abantu bataramenyekana bibye urugi rwo ku marembo manini kuri Sitasiyo ya Polisi ya Bungoma. Ibinyamakuru byo muri Kenya bitangaza ko ubu bujura bwabaye mu cyumweru gishize gusa polisi ishaka kubihisha. Ibi ariko ntibyahsobotse kuko amakuru yasakaye kuko byabaye ngombwa ko polisi itangira kubaza abantu benshi baba […]
Umuririmbyi Kenny Rogers yapfuye
Umuhanzi wâicyamamare mu muziki witwa Kenny Rogers wamenyekanye mu njyana igenda gake izwi nka “Country Music” yapfuye afite imyaka 81 apfiriye iwe mu rugo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Kenny Rogers yabaye umuhanzi wâicyamamare mu myaka yâ1970 kugeza 1980 akaba yarakoraga indirimbo mu njyana izwi nka âCountryâ, agakina filimi, akaba umwanditsi wâindirimbo nâumucuranzi wa […]
Ahashyirwa abari mu kato ka Coronavirus ku Bitaro bya Muhima huzuye
Umuyobozi Mukuru wâIbitaro bya Muhima, CSP Dr. Pascal Nkubito atangaza ko ibitaro ayoboye bitagifite aho kwakirira abakekwaho indwara ya Coronavirus kuko ibyumba birindwi byari byarateganyijwe byuzuye kuri uyu wa 20 Werurwe 2020. Dr. Nkubito yatangarije Bwiza.com ko kugeza ubu nta murwayi wa Coronavirus uragaragara muri ibi bitaro. Ati âHari abakekwaho Coronavirus barindwi muri ibi bitaro. […]
Nyanza: Umuturage avuga ko yagabweho igitero n’abantu atazi
Umuturage witwa Beatrice Mushimiyimana utuye mu Mudugudu wa Nyabisindu, Akagari ka Rwesero, Umurenge wa Busasamana aravuga ko mu ijoro ryakeye mu gicuku, yagabweho igitero cyâamabuye nâabantu atazi, bakamena ibirahuri byâinzu ye, bagatangira gutera amabuye mu cyumba abana be bararamo. Mushimiyimana yabwiye Bwiza.com ko ibibazo byâumutekano muke abimaranye igihe ariko ubuyobozi bukaba butabishakira ibisubizo. Uyu mugore […]
Coronavirus izarangirana nâukwezi kwa gatatu- TB Joshua
Pasiteri washinze itorero ryitwa The Synagogue Church of All Nations (SCOAN), Temitope Balogun Joshua uzwi nka TB Joshua avuga ko indwara ya Coronavirus izarangira ku Isi kuwa 27 Werurwe ku Isi yose. Uyu mupasiteri wâUmunya-Nigeria avuga ko nâubusanzwe yari yaravuze ko umwaka wa 2020 ari âUmwaka uteye ubwoba cyane.â Mu mpera za 2019 yavuze ko […]
Abasura i Kibeho bavuye ku bantu 80 bagera kuri umwe mu cyumweru

Abanyamahanga basura ubutaka butagatifu bwa Kibeho mu Karere ka Nyaruguru bavuye ku mpuzandengo ya 80 ku cyumweru bagera kuri umwe. Ibi ngo biterwa n’ingamba zafashwe na Leta yâu Rwanda mu rwego rwo gukumira indwara ya Coronavirus. Hagendewe kuri iyi mibare, ubukerarugendo bushingiye ku iyobokamana i Kibeho mu bigaragara ko bwaganyutse ku kigero kiri hejuru. Sr. […]
Abagabo beza barabuze ni ukubiba abagore b’indangare-umujyanama
Umugore wo mu gihugu cya Nigeria witwa Kayanmata Goddess avuga ko abagabo babaye babi bityo ko abeza ari imbarwa, ko uwamubona yamwiba umugore utagira icyo yitaho umufite. Uyu mugore bakunze kwitwa Miwa asazwe atanga inama ku bijyanye n’imibanire y’abashakanye ku mbuga nkoranyambaga. Urubuga rwo muri Ghana, Menshohwa rwatangaje ko Miwa asanga ” Abagore b’indangare bafite […]
RIB yataye muri yombi uvuga ko avura Coronavirus
Umugabo wo mu Karere ka Musanse wavugaga ko avura indwara ya Coronavirus ari mu maboko y’Urwego rw’Igihugu rw’Ubuenzacyaha (RUB) kuva ku wa kabiri tariki 17 Werurwe uyu mwaka. Ubu butumwa bw’uwafashwe buvuga ko avura Coronavirus bwacicikanye kuri YouTube mu buryo bw’amashusho. Uyu mugabo yavugaga ko asanzwe ari “umuvuzi gakondo” kandi afite umuti uvura icyorezo cya […]
Umwe mu bakozi ba Green Hills yasanzwemo Coronavirus
Umwe mu bakozi b’Ishuri Green Hills Academy (GHA) utatangajwe amazina yasanzwemo indwara ya Coronavirus nk’uko amakuru ari ku rubuga rwa inteineti rw’iri shuri abitangaza. Aya makuru avuga ko umwe mu bakozi ba GHA utatangajwe niba ari umugabo cyangwa umugore yasanganwe Coronavirus ndetse akaba ari kuvurirwa mu kato aho ngo ameze neza. Ni amakuru ari no […]
Coronavirus yageze muri Somalia
Umurwayi wa mbere w’indwara ya Coronavirus yagaragaye mu gihugu cya Somalia. Leta ya Somalia yatangaje ko ” umurwayi wa Coronavirus wagaragaye ari umuturage w’iki gihugu ariko ngo wari uherutse mu mahanga” Somalia iriyongera ku bihugu bisaga 10 byo ku Mugabane wa Afurika birimo n’u Rwanda, byagaragayemo Coronavirus. Uyu ni umurwayi wa 328.
Muhima: Hataburuwe ibisigazwa by’umubiri w’umuntu utaramenyekana
Abakozi bacukura ahazajya itiyo y’Amazi mu Mudugudu w’Inyarurembo, Akagari k’Amahoro mu Murenge wa Muhima bataburuye ibisigazwa by’umubiri w’umuntu utaramenyekana. Aba bakozi batangarije Bwiza.com ko kuwa Kane w’icyumweru gishize ari bwo baguye ku magufwa y’umuntu bavuga ko ari umugabo, ubwo bacukuraga hafi n’ikibuga cyigishirizwaho ibyo gutwara ibinyabiziga kiri haruguru y’Ibitaro bya Muhima. Umwe mu bacukuraga yatangarije […]
Umugabo yitumye muri banki
Umugabo wo mu gace ka Kakamega muri Kenya yinjiye muri banki, Jason Munai mu buryo butemewe yituma muri kimwe mu byumba byayo. Polisi mu gace ka Kakamega ifite Munai w’imyaka 23 wabashije guca mu rihumye abashinzwe umutekano, akinjira muri banki anyuze mu gisenge cy’inyubako ikoreramo mu ijoro ryo kuwa 13 Werurwe uyu mwaka. Citizen TV […]
Nyaruguru: Umusaruro wâubuhinzi bwo mu bishanga watumye inzara icika burundu

Muri iyi minsi ibigori bireze mu mibande yâAkarere ka Nyaruguru, mu myaka mike ishize, yahoze ari ibisambu nâamabuga yâamatungo. Abaturage bavuga ko umusaruro uva muri ibyo bishanga, ari kimwe mu byatumye inzara yari karande, ihacika. Nsengiyumva Vital ni umwe mu banyamuryango 341 ba Koperative Jya Mbere Muhinzi ihinga ibirayi nâibigori mu gishanga cya Rwoganyoni mu […]
Lionel Messi yishyize mu kato
Umukinnyi w’Ikipe ya FC Barcelone yo muri Espagne, Lionel Messi yahisemo kwishyira mu kato k’indwara ya Coronavirus. Ikinyamakuru The Sun gitangaza ko Messi yishyize mu nzu imwe iri mu Mujyi wa Barcelona irimo ikibuga cy’umupira, aho gukorera imyitozo ngororamubiri na pisine ngo agume ameze neza. Uyu mugabo w’imyaka 32 na bagenzi be basabwe kuba bishyize […]
Ngororero: Igihembwe kirangiye abiga muri G.S. Gasave nta mwarimu w’Ubutabire bafite
Mu gihe habura igihe gito ngo Igihembwe cya mbere cy’umwaka w’amashuri wa 2020 kirangire, abiga mu Rwunge rw’Amashuri rwa Gasave ruherereye mu Aurenge wa Ndora w’akarere ka Ngororero nta mwarimu w’ubutabire (Chimie) barabona. Ababangamiwe n’iki kibazo ni abiga Ubugenge, Ubutabire n’Imibare (PCM) na barumuna babo biga mu cyiciro rusange. Ni ikibazo kibangamye, cyane ku biga […]
Coronavirus yageze mu Rwanda
Umurwayi wa Coronavirus yagaragaye mu Rwanda nk’uko byemezwa n’itangazo rya Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE). Itangazo rya MINISANTE ryo kuri uyu wa 14 Werurwe rivuga ko umuntu wasanganwe Coronavirus ari Umuhinde wavuye i Mumbai kuwa 8 Werurwe 2020 aza i Kigali. Uyu ngo “Yageze mu Rwanda nta kimenyetso na kimwe agaragaza cy’iyi ndwara, gusa ngo kuwa 13 […]
Yasezeye ku kazi kubera imisuzi ya shebuja
Umukozi w’umugore witwa Mwangoka wo mu Mujyi wa Mombasa muri Kenya yanzuye kureka akazi yari amazemo imyaka 10 bitewe n’imisuzi ya sebuja avuga ko yari atakibashije kwihanganira. Uyu wanareze sebuja mu rukiko ko yamuhohoteye, yavuze ko mu kwezi kwa Gashyantare umukoresha we yamusabye kuzajya amukorera masaje (massage). Avuga ko ” yabyemeye kuko yumvaga bosi we […]
Umuvunyi Mukuru yatangaje urutonde rw’abahamwe n’ibyaha bya ruswa n’ibihano bahawe
Urwego rw’Umuvunyi mu Rwanda rwashyize hanze urutonde rw’abantu bahamwe na ruswa ndetse n’ibihano bagiye bahabwa. Ibi babikoze bahingiye ku ngingo ya 4 (10Âș) y’Itegeko nÂș 76/2013 ryo ku wa 11/09/2013 rigena inshingano, ububasha, imiterere n’imikorere by’Urwego rw’Umuvunyi isaba Urwego rw’Umuvunyi gukora no gutangaza urutonde rw’abahamwe burundu n’icyaha cya ruswa n’ibihano bahawe. Abagaragara kuri uru rutonde […]
Muhima: Umubyeyi avugwaho kwirukana mu rugo umwana yibyariye
Umubyeyi witwa Mama Mucyo wo mu Mudugudu w’Inyarurembo, Akagari k’Amahoro mu Murenge wa Muhima mu Karere ka Nyarugenge aravugwaho n’abaturanyi ko ari kwirukana mu rugo umwana we w’umuhungu witwa Mucyo w’imyaka 17 y’amavuko. Bwiza.com yakiriye amakuru ikuye ku muntu wayo wa hafi muri ako gace (informant) ko hari iki kibazo, maze mu masaa kumi n’imwe […]
Umukozi wo mu rugo yitumye mu buriri bwa bosi we watinze kumuhemba
Umukobwa ukora akazi ko mu rugo, Ane khatioli muri Uthiru mu gace ka Muthua muri Kenya yitumye mu buriri bwâumukoresha we wari warakererewe kumuhemba. Uyu wari watanzwe na kompanyi yâabakozi ya ILRI, yasabye ko yahembwa hakiri kare kuko ngo hari umushinga yari afatanyije na murumuna we wari ukeneye amafaranga aho avuka. Umukoresha we yarabyanze, amubwira […]
Muhanga: Ari mu buzima bubi nyuma yo gufatwa ku ngufu n’umugabo wa nyina wabo akamutera inda
Umukobwa witwa Nishimiye Solange wo mu Kagari ka Mubuga ho mu Murenge wa Shyogwe mu Karere ka Muhanga, avuga ko Abayeho mu buzima bushaririye nyuma yo gufatwa ku ngufu n’umugabo wa nyina wabo akamutera inda. Nishimwe avuga ko muri 2009 ubwo yari afite imyaka 14 y’amavuko ari bwo uwo mugabo wa nyina wabo yamufashe ku […]
Yaguwe gitumo aha umwana wa shebuja ibere ngo amwanduze SIDA
Umukozi wo mu rugo mu Cyaro cya Kiganjo muri Nyeri muri Kenya, Catherine Mbuyuka yaguwe gitumo ashaka konsa umwana wa shebuja kugira ngo amwanduze agakoko gatera SIDA. Uyu mukozi yabonwe na kamera zo mu nzu kuwa Mbere w’iki cyumweru, ubwo yageragezaga guha ibere umwana w’umuhungu w’imyaka ibiri wa shebuja kandi bizwi ko afite ubwandu bw’agakoko […]
Abaturage bategereje imyaka 11 ingurane yâubutaka bavuga ko bambuwe nâAkarere ka Gatsibo
Abagabo babiri; Nzabonimpa Jean Bosco utuye mu Mudugudu wa Ngaju mu Kagari ka Bukomane mu Murenge wa Gitoki na Karangwa Cyprien ucumbitse mu Murenge wa Kiziguro bavuga ko bambuwe ubutaka bwabo nâAkarere ka Gatsibo, buri ahakorera koperative, COOPRORIZ-Ntende ihinga umuceri,ntibahabwe ingurane bategereje kuva mu 2009. Nzabonimpa w’imyaka 44 yatangarije Bwiza.com ko isambu ye ingana na […]
Min. w’Ubuzima w’Ubwongereza bamusanzemo Coronavirus
Nadine Dorries, umudepite akaba na minisitiri w’ubuzima w’Ubwongereza bamupimye basanga afite coronavirus. Minisitiri Nadine yatangaje ko yafashe ingamba zose zo kwirinda kwanduza abandi amaze kubimenya, kandi ko yishyize mu kato iwe mu rugo. Mu Bwongereza abantu batandatu bamaze kwicwa na coronavirus mu bagera kuri 382 bayanduye. Ikigo cy’ubuzima cya leta cyatangaje ko kiri kongera ubushobozi […]
Coronavirus yageze mu gihugu cya 10 muri Afurika
Minisiteri y’Ubuzima ya Burkina Faso yemeje ko hari abantu babiri basanzemo iyi virus, nibwo bwa mbere iyi ndwara ihageze. Abayirwaye ni umugore n’umugabo we baherutse kuva mu Bufaransa mu kwezi kwa kabiri muri uyu mwaka nk’uko minisitiri w’ubuzima Claudine Lougue yabibwiye abanyamakuru. Ni umugabo w’imyaka 73 n’umugore w’imyaka 57. Ejo kuwa mbere nibwo babasanzemo iyi […]
Min. w’Intebe wa Sudan yarokotse igitero
Minisititi wâIntebe wa Sudan, Abdalla Hamdok yarokotse igitero cyo kumhitana cyagabwe ku modoka ye nâizmugerekeza mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki 9 Werurwe mu Murwa Mukuru, Khartoum. Kugeza ubu nta tsinda ririgamba gutegura uyu mugambi nk’uko BBC ibitangaza. Hamdok uyobora Sudan kuva muri Kanama 2019, yanditse kuri Twitter “Ko ameze neza kandi ko […]
Perezida Ouatttara: Isomo ku bagundiriye ubutegetsi muri Afurika
Perezida wa Ivory Coast, Alassane Dramane Ouattara yatanze isomo kuri bagenzi be bagundiriye ubutegetsi ku Mugabane wa Afurika, atangaza ko ataziyamamariza manda ya gatatu mu matora yâumukuru wâigihugu azaba kuwa 31 Ukwakira 2020. Ibyâuko ataziyamamaza yabitangaje ku wa 5 Werurwe ubwo mu murwa mukuru wa politiki, Yamoussoukro, imbere yâUmutwe wa Sena nâUmutwe wâAbadepite yombi iteranye. […]
Kenya: Depite ntiyicuza kurasira umuntu mu kabyiniro k’Umunyarwanda
Umudepite w’agace ka Embakassi, Babu Owino avuga ko nta kintu kikimukomanga ku mutima ku kuba yararashe, Dj Evolve wo mu kabyiniro k’Umunyarwanda, Billy Ndengeyingoma, gaherereye mu Mujyi wa Nairobi mu gace ka Kilimani, mu nzu yitwa Galana Plaza. Depite Owino ashinjwa kuba yarashatse kwivugana Felix Orinda uzwi ku izina rya DJ Evolve, mu ijoro ryâitariki […]
Kagere Meddie ni umurozi -Umukecuru ufana Young Afrikans
Umufana uzwi cyane w’Ikipe ya Young Afrikans, Sophia Merchior Nyamwaka uzwi nka Mama Pili avuga ko uburyo Umunyarwanda ukinira ikipe mukeba ya Simba FC, Kagere Meddie akina ari nk’umurozi, ingingo ituma avuga ko aba adashaka kumubona ku mukino w’amakipe yombi. Mama Pili Bongo5 dukesha iyi nkuru yamusanze mu Mujyi wa Dar Es- Salam mu gace […]
Nyina wa Diamond yikozeho ashyira ifoto hanze ari kumwe n’umuhungu we
Itandukana ry’umuhanzi Diamond Platnumz na Tanasha Donna wari umukunzi we ni ryo rikomeje kuba ingobyi yo kuganirwaho, kubera amakuru mashya akomeje kuza arikurikira ari nako nyina, Sandra Kassim atorohewe n’abamutunga intoki. Sandra Kassim, nyina wa Diamond, ni we ukomeje gutungwa agatoki mu kugira uruhare muri ririya tandukana. Ashinjwa kurinda umuhungu we cyane ndetse akabura umugore […]
Ibyemezo by’Inama idasanzwe y’abaminisitiri
Ku wa Gatanu, tariki ya 06 Werurwe 2020, Inama yâAbaminisitiri idasanzwe yateraniyemuri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul Kagame. 1. Inama yâAbaminisitiri yemeje imyanzuro yâInama yâAbaminisitiri yo ku itariki ya 28 Mutarama 2020. 2. Inama yâAbaminisitiri yagarutse ku cyorezo cya Coronavirus gikomeje gukwirakwira mu bihugu bitandukanye ku isi. Yemeje gushyira ingufu mu […]
Igisirikare cya Uganda cyagabweho igitero
Abantu bitwaje intwaro gakondo mu gitondo cyo kuwa Gatanu tariki 6 Werurwe, bagabye igitero ku kigo cy’Igisirikare cya Uganda (UPDF) kiri mu gace ka Zombo. Umuvugizi wa UPDF, Brig. Richard Karemire avuga ko “abateye bari bitwaje imipanga, imiheto n’imyambi.” Brig. Karemire yabwiye Chimpreports ko “mu bagabye igitero hishwemo benshi mu gihe UPDF yatakaje abasirikare batatu.” […]
Uburundi buratangira gushyira abantu mu kato
Leta y’u Burundi yatangaje ko guhera uyu munsi abagenzi bajya mu Burundi bavuye mu bihugu bimwe birimo coronavirus bashyirwa mu kato k’iminsi 14 bakurikiranwa mu kwirinda ko igera mu Burundi, u Rwanda rusaba abaturage “kugabanya ingendo zitari ngombwa” mu bihugu irimo. Iki gihugu gitangaza ko nta muntu wari wakigaragaramo wanduye ubu bwoko bushya bwa coronavirus. […]
Pasiteri yabujije abagore kuryamana n’abagabo babo mu mwijima
Umugore w’umupasiteri wo mu gihugu cya Nigeria wiyita umuhanuzi, Patience Akpabio yasabye abagore kudatera akabariro n’abagabo babo igihe hari umwijima kuko ngo bigira ingaruka ku bana babyaye. Akpabio yateje impaka kuri Facebook muri Nigeria avuga ko ” umwana uvutse ababyeyi be barateye akabariro mu gihe cy’umwijima, aba afite ikibazo mu kubona uko Isi ikora n’ingufu […]
Nyaruguru: Mukecuru Nyirampayimana aryama atizeye kuramuka

Umukecuru Nyirampayimana Christine wo mu Mudugudu wa Kigona, mu Kagari ka Nyange, Umurenge wa Kibeho mu Karere ka Nyarurguru avuga ko iyo bwije ataba yizeye ko bucya bitewe nâimiterere yâinzu aba agiye kuraramo. Uyu mukecuru yatangarije Bwiza.com ko inzu abamo iri hafi kumugwaho kubera gusaza bityo ikaba yarangiritse cyane. Ati ” Njyewe navutse mu nzara […]
Uganda ikomeje kubura Ben Rutabana
Iburanisha mu rukiko rwo muri Uganda ryahagaze kuri uyu wa Kane tariki 5 Werurwe nyuma y’aho Ben Rutabana wo mu ishyaka RNC ritavuga rumwe n’u Rwanda atabonetse mu rukiko. Byari biteganyijwe ko Umunyarwanda Ben Rutabana yerekanwa mu rukiko Rukuru rwâigihugu i Kampala na Leta ya Uganda kuwa Kane tariki 27 Gashyantare. Icyo gihe ntibyakunze, byimurirwa […]
Agatsiko ‘People Power’ kasubije mwene Museveni wifuza guhura na Bobi Wine
Umuhungu wa Perezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda, Lt.Gen. Muhoozi Kainerugaba, yagaragaje ubushake bwo guhura na Depite Robert Ssentamu Kyagulanyi uzwi nka Bobi Wine,udacana uwaka na se. Ibi Muhoozi yabitangaje kuri uyu wa 05 Werurwe, avuga ko nta kibazo cyo guhura na Bobi Wine afite, nyuma y’uko abafana be bagiye bamusaba guhura n’uriya muhanzi wahindutse […]