Muhoozi will no longer comment on state affairs on Twitter, says Museveni
Ugandan President Yoweri Museveni said Monday that his outspoken son would stay off Twitter when it comes to affairs of state, after a social media tirade that included a threat to invade neighbouring Kenya. Powerful general Muhoozi Kainerugaba, 48, has often caused controversy with his comments on Twitter but his particularly undiplomatic outburst earlier this […]
Munyenyezi yabwiye urukiko ko ruri kumukinisha
Beatrice Munyenyezi uregwa ibyaha bya Jenoside yihanangirije inteko y’abacamanza baburanisha urubanza rwe mu rukiko rwisumbuye rwa Huye, avuga ko ruri kumukinisha aho kumuha ubutabera. Aravuga ko akurikije ibyemezo bamufatira bigaragaza ukubogama mu rubanza rwe. Munyenyezi yihannye abacamanza nyuma y’aho bafashe icyemezo cyo kongera gushyira urubanza rwe mu muhezo. Byari biteganyijwe ko abatangabuhamya batanu b’ubushinjacyaha basigaye […]
Urumva ko yitwa umwana- umudepite yamagana kwemerera ab’imyaka 15 kuboneza urubyaro
Abadepite mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda banze gutora umushinga w’itegeko ryemerera abafite imyaka 15, guhabwa serivisi zo kuboneza urubyaro, bamwe bavuga ko abo muri icyo kigero badakwiriye kwemererwa gufata icyo cyemezo. Depite Bitunguranye Theogene ati ” U Rwanda ni igihugu gifite uko giteye, gifite umuco ukiranga, cyemera Imana…Iyo bigeze ku gufata icyemezo, hano baravuga […]
Musa Fazil Harelimana yavuze impamvu akunda FPR- Inkotanyi ariko ntayibemo
Visi Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko umutwe w’Abadepite, Hon Musa Fazil Harerimana avuga ko akunda ishyaka riri ku butegetsi mu Rwanda, FPR-Inkotanyi ariko akaba aba mu rindi ryitwa PDI. Iki kiganiro cyagarutse ku ngingo zinyuranye, Sheikh Musa Fazil Harerimana yabajijwe impamvu akunze kuvuga ko akunda umuryango wa RPF-Inkotanyi ariko akaba aba muri rindi shyaka anabereye umuyobozi, […]
Hundreds sign petition to bring back Ingabire’s suspended Twitter account
Many people has signed the petition towards Twitter, requesting to bring back the suspended Twitter account of, Ingabire Marie Immaculee, a Rwandan feminist and human rights activist, a dedicated gender and social justice advocate who has spent all her career in advancing women’s rights in Rwanda and in the Region. So far, more than 800 […]
Karim Benzema wins Ballon d’Or
Karim Benzema, Real Madrid striker has won the men’s #BallonDor??for 2022 The Frenchman played a key role in the 21/22 season, helping Real Madrid win LaLiga Santander, the Supercopa de Espana and the Champions League with his 44 goals and 15 assists. He becomes the fifth Frenchman after Raymond Kopa, Michel Platini, Jean-Pierre Papin, and […]
Dr Rutunga ushinjwa guhemba ikimasa abakoraga Jenoside yasoje kwiregura
Dr Venant Rutunga wahoze ari umuyobozi w’ikigo cy’ubushakashatsi mu buhinzi cya ISAR ushinjwa guhemba ikimasa abakoraga Jenoside mu 1994, yasojwe kwisobanura ku byaha 3 aregwa birimo icyaha cya jenoside no kurimbura nk’icyaha cyibasiye inyokomuntu. Ni ibyaha ubushinjacyaha bumurega ko yakoreye mu kigo yayoboraga cya ISAR no mu nkengero zacyo, we akaburana abihakana. Mu byo ubushinjacyaha […]
EALA MPs to meet in Kigali
The East African Legislative Assembly (EALA), the legislative arm of the now seven-member East African Community, will bring its plenary sessions to Kigali. As announced by the regional House, the upcoming fifth session of the fourth Assembly will take place at the Parliament of Rwanda, from October 23 to November 5. Due to disruptions including […]
Umupasiterikazi yigambye kugira igitsina cyasizwe amavuta gikiza buri uwo baryamanye
Umupasiterikazi wo muri Nigeria washinze Itorero Life of Faith and Prosperity Ministry, Veronica, yaciye igikuba ubwo yavugaga igitsina cye cyasizwe amavuta ku buryo umugabo baryamanye inshuro imwe ahita akira. Uyu mugore uyobora itorero ahitwa Asaba muri Leta ya Delta avuga ko ” Kuryamana nanjye kuko igitsina cyanjye cyahawe umugisha bifasha abagabo batabyara guhita bikemuka.” Uyu […]
MINISANTE ntizongera gutangaza uko Covid-19 yifashe buri munsi

Minisiteri y’Ubuzima ( MINISANTE) itangaza ko itazongera gutangaza imibare yerekana ko Covid-19 yifashe mu Rwanda buri munsi nk’uko byari bisanzwe. Ubutumwa bwa MINISANTE kuri Twitter buvuga ko “Amakuru mashya kuri #COVID19 muzajya muyagezwaho rimwe mu cyumweru, ku cyumweru.” Nta mpamvu yavuzwe yatumye hafatwa iki cyemezo. Umwe mu banyamakuru bo mu Rwanda yatangarije BWIZA ko ibi […]
Hatanzwe umuburo ku iyicwa ry’abasivili ‘benshi’ mu gihe TPLF yaba itsinzwe urugamba
Abadipolomate baraburira ko amaraso menshi y’abasivile ashobora kumeneka mu ntara ya Tigray mu gihe inyeshyamba zigenzura iyi ntara zayivanwamo n’ingabo za Ethiopia n’iza Eritrea. Avuga ko abasivile barimo kwicwa kandi abakomeretse ntibatabarwe kuko iyi ntara yagoswe. Imijyi irimo kuraswa ibisasu igasenyuka burundu, nk’uko bivugwa na Tedros Ghebreyesus, umukuru w’ishami rya ONU ryita ku buzima, WHO/OMS, […]
RDF discovers weapons hidden by terrorists in Cabo Delgado
Rwanda security forces involved in counter-terrorism and counter-insurgency operations in Cabo Delgado Province of northern Mozambique on Saturday, October 15, discovered stockpiles of weapons and ammunition hidden by the Islamic State-linked terrorists. The weapons and ammunitions were hidden by the fleeing terrorists in a thick forest region called Mbau, southeast of Mocimboa da Praia District, […]
Abamotari basaga ibihumbi bitanu bakoze impanuka mu kwezi kumwe
Polisi ishinzwe umutekano wo mu muhanda ivuga ko mu ibarura yakoze ry’impanuka zabaye mu muhanda, kuva muri Kanama kugera muri Nzeri 2022, basanze umubare munini ari uw’abamotari. Umuvugizi wa Polisi ishami ryo mu muhanda, SSP Irere RenĂ©, avuga ko impanuka zakozwe n’abamotari kubera gupakira nabi imizigo, aho usanga bashyira imizigo kuri moto zabo ariko ntibayihambire […]
Nyamagabe:Akurikiranweho kwica umugore yateye inda wari hafi kubyara ‘abanje kumusambanya’
Umugabo witwa François Nizeyimana akurikiranyweho kwicisha umuhoro umugore witwa Chantal Nyinawumuntu yari yarateye inda, bivugwa ko yari hafi kubyara ariko bigakekwa ko yabanje kumusambanya. Taarifa ivuga ko ubuyobozi bwayitangarije ko uriya mugore yari yaragurije uwo mugabo Frw 300,000, bikaba bikekwa ko yamwishe yanga ko yazayamwishyuza bigasakuza. Kuri ibi ariko, iperereza ry’ubugenzacyaha rirakomeje kuri ubu bwicanyi […]
Perezida Putin yavuze ko atazongera kugaba ibitero bikaze kuri Ukraine
Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, yavuze ko aho igihe kigeze bitagikenewe ko agaba ibitero bikaze kuri Ukraine kuko intego ye Atari ukuyisenya burundu. Putin yavuze ko ibitero bikaze byari biteganyijwe byakozwe ku buryo nta bindi bikenewe kuko intego afite itigeze na rimwe iba gusenya Ukraine . Yabwiye itangazamakuru nyuma y’inama yabereye muri Kazakhstan ko ibitero […]
Perezida Kagame yakiriye ubutumwa bwa mugenzi we wa Angola
Perezida Kagame kuri uyu wa 14 Ukwakira, yakiriye Amb. AntĂłnio Tete, Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Angola n’itsinda ayoboye, wamushyikirije ubutumwa bwa Perezida wa JoĂŁo Lourenço wa Angola. Perezidansi ibinyujije kuri Twitter nta byinshi yatangaje. Ibihugu byombi bisanzwe bifitanye imikoranire ya hafi dore ko Perezida wa Angola, JoĂŁo Lourenço ari we wari umuhuza mu biganiro byo […]
Perezida Kagame yayoboye inama yemerejwemo amateka ya perezida arindwi

Perezida Kagame yayoboye Inama y’Abaminisitiri yemerejwemo imyanzuro itandukanye irimo Politiki y’Igihugu y’Ikoranabuhanga n’amateka atandukanye nk’irigena uburyo bwo gufasha umwana wanduye cyangwa urwaye indwara zidakira. Iyi nama yabaye kuwa Gatanu muri Village Urugwiro. Yagennye ko ingamba zari zisanzwe mu gukumira ikwirakwira ry’icyorezo cya Covid-19 zizakomeza gukurikizwa kandi ko zizongera kuvugururwa mu gihe cy’ukwezi kumwe hagendewe ku […]
Perezida Kagame ayoboye inama y’abaminisitiri
Perezida Kagame ayoboye inama y’abaminisitiri ku mugoroba wo kuri uyu wa 14 Ukwakira nk’uko RBA yabitangaje kuri Twitter. Aba bayobozi barasuzumira hamwe politiki za Leta zigamije kuganisha igihugu ku cyerekezo cy’iterambere. Nta byinshi biramenyekana kuri iyi nama , BWIZA irakomeza kubikurikirana ikabibagezaho. Videwo iki kinyamakuru cyabonye ivuye muri perezidansi, Village Urugwiro, yerakana Perezida Kagame n’abarimo […]
Koreya ya Ruguru yateye misile hafi ya Koreya y’Epfo yahise yohereza indege z’intambara
Koreya y’epfo yavuze ko Koreya ya ruguru yateye misile yo mu bwoko bwa balistike iyerekeza mu mazi yayo yo mu gace k’uburasirazuba. Umukuru w’ibiro bikuru by’Igisirikare muri Koreya y’Epfo, avuga ko iyo misile yatewe mu cya kare kuwa Gatanu ariko nta makuru arenze ayo yatanze. Yavuze ko Koreya ya ruguru yashyize mu kirere indege kuwa […]
Gen Muhoozi apologises to Ruto over tweets
Uganda’s Gen Muhoozi Kainerugaba has apologised to Kenyan President William Ruto over tweets he sent out recently about Kenya that kicked off a massive diplomatic storm. On Thursday evening, Gen Muhoozi posted on his Twitter page, “I have never had any problem with Afande Ruto. If I made a mistake anywhere, I ask him to […]
Kagame, VP Gachagua hold talks

President Paul Kagame, on Thursday, October 13, received, at his office, Kenya’s Deputy President, Rigathi Gachagua, with whom he held talks on further deepening bilateral relations between Rwanda and Kenya. Gachagua and his delegation had earlier attended the official opening of the Youth Connekt Summit in Kigali. According to a tweet from the Office of […]
Impaka zadutse mu rukiko ku gihe abimukira bageze UK bazajya bohererezwa u Rwanda
Impaka zadutse mu rukiko nyuma y’aho bimenyekanye ko abasaba ubuhungiro bambuka umuhora wa Channel (La Manche) wo mu Bwongereza bashobora koherezwa mu Rwanda nyuma y’ibyumweru bitatu gusa bageze muri icyo gihugu. BBC yatangaje ko icyiciro cy’urubanza mu rukiko rukuru rw’Ubwongereza kuri gahunda yateje impaka ya minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu yo kohereza mu Rwanda abo basaba ubuhungiro, […]
Nta muntu wasubije inyuma Abanyafurika- Perezida Kagame
Umukuru w’Igihugu ubwo yagiranaga ibiganiro n’urubyiruko rwitabiriye inama ya Youth Konnect kuwa 13 Ukwakira, yagarutse ku mvugo y’uko umugabane wa Afurika uri inyuma, avuga ko nubwo ikunda gukoreshwa, nta muntu n’umwe wigeze asubiza umugabane wa Afurika inyuma usibye wo ubwawo. Ati “Nta muntu wasubije inyuma Abanyafurika usibye twe ubwacu. Icyo ni ikintu dukwiriye kwemera niba […]
Perezida Kagame yasubije uwamubajije kuri kimwe mu bibazo bizengereje urubyiruko rushaka akazi mu Rwanda
Perezida Kagame ubwo yaganiraga n’urubyiruko rwitabiriye inama ya Youth Konnect, yabajijwe ku bijyanye n’ubunararibonye, ingingo ikunda kugonga urubyiruko rushaka akazi haba mu Rwanda ndetse n’ahandi. Umukuru w’Igihugu yavuze ko abantu badakwiriye gufata ubunararibonye uko butari, kuko umuntu ashobora kugira ubunararibonye kandi ari muto mu myaka. Yagize ati “Nduta Visi Perezida wa Kenya mu myaka, ariko […]
Ntimukishidikanyeho- Perezida Kagame abwira urubyiruko
Perezida Kagame Paul yagiriye inama rwitabiriye inama ya Youth Konnect ko rudakwiriye kwishidikanyaho, ahubwo rukwiriye kubanza rwahangana n’icyo kibazo. Ibi Perezida Kagame yabitangaje mu ijambo yagezaga ku bihumbi by’urubyiruko rwitabiriye iyi nama mu 2022. Yagize ati ” Icyo waba ugambiriye cyose, wicika intege ku bwo kwishidikanyaho. Tangira utishidikanyaho, gerageza guhangana nabyo.” Yasabye urubyiruko gukora cyane […]
Two university lectures behind bars over bribe for marks
Rwanda Investigation Bureau (RIB) is holding in custody two university lecturers over corruption. They are alleged to have received bribes from students in return for free marks. In a statement issued by RIB, the arrested are Celestin Sebeza, 35, and Francois Bagaragaza, 47. RIB says that preliminary investigations indicate that Sebeza received bribes worth Rwf […]
Umugore w’i Gishyita mu rukiko ashinjwa kwangiriza imyanya y’ibanga y’umuhungu
Umugore wo mu Murenge wa Gishyita mu Karere ka Karongi, ukurikiranyweho kwangiza imyanya ndangagitsina y’umwana w’umuhungu amubwira ko amukoreye ikintu kizatuma ntacyo yimarira naramuka akuze, yafatiwe icyemezo cyo gufungwa by’agateganyo. Iki gikorwa cyo kwangiza imyanya ndangagitsina y’umwana w’umuhungu, cyabereye mu Mudugudu wa Butare mu Kagari ka Munanira mu Murenge wa Gishyita. Ubushinjacyaha ku rwego rw’Ibanze […]
Rwanda votes against Russia seizure of four Ukraine territories

Rwanda has voted against Russia seizure of four Ukraine territories n a recent so called referendum. The United Nations General Assembly has voted overwhelmingly to condemn Russia’s attempts to annex four regions of Ukraine. The resolution was supported by 143 countries, while 35 states – including China and India – abstained. As well as Russia, […]
US based Kanyabutembo decries injustice, seek Kagame’ intervention as properties put on auction again

The family of US based Kanyabutembo Virginie say they are in trouble of facing what they term injustice in Rwandan courts for their once wrote the letter to President Kagame regarding the matter yet their properties located in Rubavu are on sale by auction for the second time. The auction was once halted by Gisenyi […]
Ushinja Kabuga yahaswe ibibazo ku gace ka Gatsata mu rubanza rwabayemo kujya mu muhezo kabiri
U?rubanza rwa FĂ©licien Kabuga uregwa ibyaha bya jenoside rwakomeje kuri uyu wa gatatu i La Haye mu Buholandi mu rugereko rwasigaye ruca imanza zitarangijwe n’urukiko mpuzamahanga mpanabyaha rwa Arusha, rukomeza we adahari ariko agace ka Gatsata kagarukwaho cyane. BBC yakurikiranye i?buranisha ivuga ko mu gitondo habayeho kubaza ibibazo (cross-examination) umutangabuhamya ushinja Kabuga. Umunyamategeko Françoise Matte, […]
M23 yasubije Leta ya DR Congo ivuga ko igiye kwisubiza Bunagana
Umuyobozi wa M23 ishami rya politiki, Bertrand Bisimwa, yavuze ko badateze kureka imirwano mu gihe Kinshasa yatangaje ko igiye kwambura uyu mutwe Bunagana ndetse ikarangiza ikibazo cyawo burundu. Kuwa 10 Ukuboza 2022, Patrick Muyaya Minisitiri w’Itangazamakuru n’Itumanaho akaba n’Umuvugizi wa Leta ya DR Congo, yatangaje ko igihugu cye iri gukoresha inzira za Diporomasi kugirango isubirane […]
Perezida Kagame yakebuye ibihugu bibwiriza ibindi ibyo bikwiriye gukora
Perezida Kagame yakebuye ibihugu atavuze amazina byiyumva ko bifite demukarasi n’amahoro maze bikadukira ibindi bibibwira ko hari ibyo bikwiriye gukora kuri izi ngingo. Umukuru w’igihugu avuga ko ibibazo byugarije Isi muri iki gihe bitihariwe n’umugabane wa Afurika nk’uko bamwe babitekereza ahubwo ko hakenewe ubufatanye ku rwego mpuzamahanga kugira ngo amahoro na demokarasi bibashe kugerwaho. Ni […]
VIDEO: President Kagame speaks up on those who like to tell others what they should be doing
“We need to work together more and more and not have people who assume to have it all and they can tell others what they should be doing.” President Kagame said during IPU meeting in Kigali. Watch the video here: bit.ly/3CMlz0I
Perezida Kagame yakiriye Princess Ingeborg zu Schleswig-Holstein wa Danemark

Perezida Paul Kagame, kuri uyu wa Kabiri tariki 11 Ukwakira 2022, yakiriye Princess Ingeborg zu Schleswig-Holstein wa Danemark, uyobora Louisenlund Foundation. Perezidansi yatangaje ko Perezida Kagame na Princess Ingeborg, bagiranye ibiganiro byerekeranye n’amahirwe y’ubufatanye mu rwego rw’uburezi. Louisenlund Foundation, ni umuryango washinzwe mu 1949, aho wagiye ushyiraho gahunda zifasha amashuri mu buryo bw’imyigishirize, mu rwego […]
Ebola yageze mu Mujyi wa Kampala
Icyorezo cya Ebola cyishe umuntu wa mbere mu Mujyi wa Kampala muri Uganda. Iki cyorezo kimaze ukwezi giteye kimaze kwica abantu 19 muri 54 byamenyekanye ko bacyanduye. Amakuru avuga ko uwapfuye ari umugabo ushobora kuba yaranduye, agahunga akato akigira Kampala nk’uko Minisitiri w’Ubuzima, Dr Ruth Aceng yabitangaje. Ntibyavugwaga ko muri Kampala haba hari Ebola gusa […]
PM Ngirente replaces fired RURA boss
Rwandan Prime Minister Dr Edouard Ngirente has appointed Eng. Emile Patrick BAGANIZI to be acting Director General of Rwanda Utilities Regulatory Agency (RURA), effective today 11th October 2022. Primature, PM office via Twitter announced the development that comes after one day of firing Eng. Deo Muvunyi over failures and indiscipline.
Ugandan MP missing in Nairobi after boarding taxi
The East African Kenyan police on Tuesday said they are investigation an incident where a Ugandan MP went missing in the city. Mr David Wandendeya Wakikona, the Member of Parliament for Bududa in Uganda, was reported missing after he boarded an Uber taxi from the Kilimani area to the City Center early Sunday morning. The […]
Umudepite wo muri Uganda yaburiwe irengero nyuma yo gutega imodoka i Nairobi
Umudepite mu Nteko Ishinga amategeko ya Uganda, David Wandendeya Wakikona yaburiwe irengero nyuma yo gutega imodoka ubwo yari mu Mujyi wa Nairobi ku Cyumweru mu gitondo. The East African itangaza ko Polisi ya Kenya kuri uyu wa Kabiri yatangaje ko iri gukora iperereza ku ibura rya David Wakikona wabuze nyuma yo gutega itagisi (Uber tax) […]
I missed Rwandans, says Jimmy Gatete as he lands in Kigali
Rwandan soccer legend Jimmy Gatete said he missed Rwandans after nearly a decade after he retired. The 38-year-old arrived in Kigali on Monday, October 10. He is among several other football legends who will grace the official launch of the Legends in Rwanda event gala scheduled for October 12-14. “I missed Rwandans and the country,” […]
Umunyamideli Neema Ngerero wasanzwe yapfiriye mu modoka muri USA agiye gushyingurwa

Umunyamideli Neema Ngerero wasanzwe yapfiriye mu modoka muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, azashyingurwa kuwa 14 Ukwakira 2022. Uyu munyamideli watangaga icyizere yapfuye kuwa 3 Ukwakira, agwa ahitwa Arizona afite imyaka 25. Musaza we, Kenny Ngerero yavuze ko mushiki we yasanzwe yapfiriye mu modoka yari mu igaraje rifunze ariko hari umunuko wa gazi itera umuntu […]
PM fires RURA boss, two other senior officials
Ibiciro byo mu cyaro byazamutse ku kigero cya 28.5%-NISR
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibarurishamibare mu Rwanda (NISR) cyatangaje ko muri Nzeri 2022, ibiciro mu byaro byiyongereyeho 28.5% ugereranyije na Nzeri 2021 mu gihe muri Kanama 2022 byari byiyongereyeho 23.6%. Iki kigo kivuga ko bimwe mu byatumye ibiciro byiyongera mu cyaro muri Nzeri, ari ibiciro by’ibiribwa n’ibinyobwa bidasembuye byiyongereyeho 44,8% n’ibiciro by’inzu, amazi, amashanyarazi, gaz n’ibindi […]
PM Ngirente in Estonia
Rwandan Prime Minister, Dr Edouard Ngirente is in Estonia on behalf of President Kagame. Dr Ngirente has attended the Tallin Digital Summit in Estonia. This year’s Summit focus on delivering trusted connectivity through trusted partnership. TDS has evolved into an annual digital flagship event, bringing the newest in cutting-edge human-centered digital policy and offering a […]
Amashusho y’Umunya-Kenya ari konsa ibibwana by’imbwa yateje intugunda
Hadutse intugunda muri Kenya cyane ku mbuga mkoranyambaga nyuma y’aho hari amashusho yakwiriye henshi yerekana umugore wo muri icyo gihugu arimo konsa ibibwana by’imbwa avuga ko ari mu gihugu cya Arabia Saoudite. BWIZA ntiyabashije kugenzura umwimerere w’ayo mashusho bamwe bemeza ko ari aya nyayo. Ihuriro ry’abakozi n’ubucuruzi muri Kenya Central Organisation of Trade Unions (COTU) […]
Min. w’ Intebe Dr Ngirente yahagarariye Perezida Kagame muri Estonia

Minisitiri w’Intebe, Dr Edouard Ngirente, kuri uyu wa 10 Ukwakira 2022, yahagarariye Perezida Kagame Paul mu nama iri kubera muri Estonia. Iyi nama yiga ku ikoranabuhanga yiswe Tallin Digital Summit. Muri uyu mwaka, ibiganiro bizibanda ku gushyiraho ihuzanzira ryizewe mu buryo bw’imikoranire ishingiye ku kwizerana.
Rwanda FDA probing medecines found unsafe by WHO
Rwanda Food and Drug Authority (RFDA) have investigated and found that the four paediatric medicines that were recently found unsafe by the World Health Organisation (WHO) in The Gambia have never entered the Rwandan market. Earlier this month, the WHO issued an alert that Promethazine Oral Solution, Kofexmalin Baby Cough Syrup, Makoff Baby Cough Syrup […]
Maj. Willy Ngoma wa M23 yagaragaye aragiye inka mu gace bambuye FARDC

Umuvugizi w’Ishami rya gisirikare rya M23, Maj. Willy Ngoma yagaragaye aragiye inka mu gace bambuye ingabo za DR Congo, FARDC, atatangaje, avuga ko aho baherereye ari amahoro masa. Mu butumwa buherekejwe n’ifoto, Maj Ngoma yashyize hanze kuri Twitter mu ijoro ryo kuwa 9 Ukwakira 2022, yavuze ko bo nta kibazo bafite. Mu myenda atamenyereweho n’inkweto […]
Umusore w’imyaka 24 yahisemo gushyingiranwa n’umukecuru w’imyaka 81 aho kujya mu gisirikare
Umusore w’imyaka 24 wo muri Ukraine mu Karere ka Vinnytsia muri Ukraine witwa Alexander Kondratyuk, yemeye gushyingiranwa na nyirakuru wa mubyara we w’imyaka 81 kugira ngo atajya mu gisirikare. Alexander yari yakiriye amabwiriza yo kujya mu gisirikare mu gihe cy’umwaka, akajya ku Karere bakabimufashamo. Aya mabwiriza ariko ntareba abantu bari kwita ku bagore babo bafite […]
Amafoto: Perezida Tshisekedi yashyikirije ibirango Gen Kabi ugiye kuyobora abamurinda

Perezida wa Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yashyikirije ibirango Maj Gen Ephraim Kabi Kiriza ugiye kuyobora abamurinda nyuma y’impinduka aherutse gukora muri FARDC. Ni umuhango witabiriwe n’abasirikare bakuru n’abanyepolitiki muri Congo kuwa 7 Ukwakira 2022. Gen Kabi yasimbuye Lt Gen Christian Thsiwewe wagizwe Umugaba Mukuru w’Ingabo za FARDC. Byinshi ku mpinduka muri FARDC: […]
NCTTCA yagaye imihanda yo muri Sudani y’Epfo igendeye ku y’u Rwanda
Inyigo yakozwe n’urwego rwa Afurika y’Iburasirazuba, Northern Corridor Transit and Transport Co-ordination Authority (NCTTCA), yerekana ko imihanda yo muri Sudani y’Epfo ariyo “mibi cyane” muri aka karere u Rwanda ruherereyemo. Omae Nyarandi, Umunyamabanga Mukuru wa NCTTCA ati: “Imihanda muri Sudani y’Epfo iri ku rugero rwo hasi cyane, niyo mibi cyane, mu gihe ubona iyo mu […]
Rwandan Police boss in Rome
The Inspector General of Police (IGP) Dan Munyuza is in Italy since Wednesday, October 5, for a week-long working visit aimed at strengthening cooperation between Rwanda National Police (RNP) and Italian Arma dei Carabinieri. The Rwandan Police Chief is visiting Italy at the invitation of the General Commander of the Italian Arma dei Carabinieri, Lt. […]
Twirwaneho yakozanyijeho n’ingabo kabuhariwe za MONUSCO
Abitwaje intwaro bo muri Twirwaneho bakozanyijeho n’ingabo zidasanzwe za Guatemala ziri mu butumwa bwo kugarura amahoro muri Congo (MONUSCO). MONUSCO ivuga ko mu cyumweru gishize yasubije inyuma ibitero bibiri by’abitwaje intwaro gusa Twirwaneho niyo itungwa agatoki ku kugaba ibi bitero. XHINUA News itangaza ko Twirwaneho yakije umuriro ku birindiro bya MONUSCO kuwa Gatatu mu Minembwe […]
Min. w’Ubwikorezi wa DRC yavuze ko hari ibihugu byo muri ICAO bishyigikiye ‘ubushotoranyi bukorwa n’ u Rwanda’
Minisitiri w’Ubwikorezi wa RDC, ChĂ©rubin Okende Senga, yabwiye abitabiriye inteko ya 41 y’Umuryango Mpuzamahanga ushinzwe iby’indege za gisivili (ICAO), iteraniye i Montreal muri Canada, ko hari ibihugu byo muri iryo huriro bishyigikiye icyo yise ubushotoranyi bukorwa n’u Rwanda ku gihugu cye. Minisitiri ChĂ©rubin Okende mu ijambo yamaganye icyo yise ubushotoranyi bw’u Rwanda ku gihugu cye […]
CG Dan Munyuza agiye kumara icyumweru mu Butaliyani
Umuyobozi mukuru wa Polisi y’u Rwanda, CG Dan Munyuza, ari mu Butaliyani ku butumire bwa Lieutenant General Teo Luzi, umuyobozi mukuru wa Italian Arma dei Carabinieri aho biteganyijwe ko azamara icyumweru muri icyo gihugu. Bimwe mu bizibandwaho muri uru ruzinduko nk’uko RBA yabitangaje, harimo ubufatanye bugamije gukomeza amahugurwa hibandwa ku masomo atangirwa mu ishuri rikuru […]
Kagame fires RDB deputy boss

President Paul Kagame has, on October 6, dropped Zephanie Niyonkuru from his position as the deputy Chief Executive of Rwanda Development Board (RDB). According to a communique from the Office of the Prime Minister, Niyonkuru was discharged from his duties over repeated managerial failures.
Perezida Kagame yirukanye uwari Umuyobozi wungirije wa RDB

Perezida Kagame yahagaritse Zephanie Niyonkuru wari Umuyobozi Mukuru wungirije w’Urwego rushinzwe Iterambere, RDB, ku mpamvu z’amakosa y’imiyoborere yamuranze mu bihe bitandukanye.
Japan activates missile system following North Korea test longest-range missile over her
AFP North Korea fired an intermediate-range ballistic missile (IRBM) over Japan on Tuesday, prompting Tokyo to activate the country’s missile alert system and order people to take shelter. The last time North Korea fired a missile over Japan was in 2017, at the height of a period of “fire and fury” when Pyongyang’s leader Kim […]
Akarere ka Karongi katangaje icyo kagiye gukora nyuma yo gukeburwa na Perezida Kagame ku batuye Mudugudu wa Rugabano
Ubuyobozi bw’Akarere ka Karongi buratangaza ko bitarenze amezi atandatu abatujwe mu mudugudu w’ikitegererezo wa Rugabano bazaba bahawe amasambu yo guhingamo ndetse n’izindi gahunda zigamije guteza imbere imibereho yabo zizaba zararangiye kubageraho. Ni nyuma y’uko ubwo Perezida Kagame yasuraga uruganda rw’icyayi rwa Rugabano muri Kanama 2022 yavuze ko imibereho y’abatujwe muri uyu mudugudu atifuza ko hari […]
Umugore yahishuye impamvu amaze imyaka 14 aryamana n’umuhungu we buri gihe ku wa Gatatu
Umugore wo muri Sudani y’Epfo witwa Ajak, yatangaje ko amaze imyaka 14 aryamana n’umuhungu we, Abel, buri gihe ku munsi wa Gatatu w’icyumweru mu rwego two kumufasha ngo ubukire bwe butayoyoka. Ikinyamakuru Newslex Point kivuga ko Ajak yavuze ko aramutse ataryamanye n’umuhungu we nanone yahita apfa. Kivuga ko aba bombi baba mu Buholandi ndetse ko […]
Amafoto:Perezida Kagame yatembereje mu rwuri rwe itsinda ry’abasenateri ba Amerika

Perezida Kagame yakiriye itsinda ry’abasenateri bo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, bayobowe Jim Inhofe, abatembereza urwuri rwe ruri ahitwa Kibugabuga mu Karere ka Bugusera. Perezidansi mu butumwa buherekejwe n’amafoto yanyujije kuri Twitter, yatangaje ko iri tsinda ryari riyobowe na Senateri Jim Inhofe, aherekejwe na Senateri Mike Rounds na John Boozman ryanagiranye ibiganiro na Perezida […]