Kigali: Shareholders decry injustice as internal chaos ravage Special Drivers United Ltd company
About 15 shareholders of Special Drivers United (SDU) Ltd company, offering transport services in Rwanda, have decided to reveal that there an internal wrangles within, accompanied by among others, illegal dismissal and lawlessness. Some shareholders say they were illegally dismissed from the company while were denied their rights for questioning the accountability of SDU Board […]
Kagame sends condolences to Tanzania
Rwandan President Kagame Paul has sent the condolences message to Tanzanians and their president, Samia Suluhu, following plane accident in Lake Victoria in Bukoba. President Kagame on his own Twitter account on Monday morning posted “My sincere condolences to the people of Tanzania and to President @SuluhuSamia for the loss of lives following the plane […]
Bernard Makuza yavuze ku isezera rya Gerard Pique
Uwabaye Minisitiri w’Intebe mu Rwanda, Makuza Bernard, yashimiye umukinnyi wa FC Barcelona, Gerard Pique, uherutse gusezera kuri ruhago. Makuza wanabaye mu butegetsi ku myanya itandukanye yavuze ko Pique “Yamenye igihe cyo gusezera” amushimira ubwitange bwaranze akazi ke. Kuri paji ye ya Twitter, ati ” Warakoze Pique!Wakoze ibyo ushoboye … Mu bintu byose ugomba kumenya igihe […]
Uwayoboraga Komite Olempike yeguye
Uwayo ThĂ©ogene, wari Perezida wa Komite Olempike yâu Rwanda yeguye, atangaza byatewe no kutumvikana nâabo bafatanyije kuyobora. Uyu mugabo kuri uyu wa Gatandatu ni bwo hamenyekanye amakuru ko yamaze kwegura ku mwanya wa perezida. Mu ibaruwa yanditse yavuze ko yeguye “Kubera impamvu yo kudahuza imibonere na bamwe mu bagize Komite Nyobozi ya Komite Olempike yâu […]
Akari ku mutima wa Ange Kagame ku bwa musaza we winjiye muri RDF
Umukobwa wa Perezida Kagame, Ange Kagame, yatangaje ko atewe ishema na musaza we, Second Lieutenant Ian K. Kagame, winjiye muri RDF nyuma yo gusoza amasomo ya gisirikare mu Bwongereza. Kuri paji ye ya Twitter, Ange Kagame yagize ati ” Wakoze cyane Tonto Ian( yari ateruye mwishywa we). Kuvuga ko ntewe ishema na we ntabwo bihagije. […]
Perezida wa Cameroon w’imyaka 89 agiye kwizihiza imyaka 40 amaze ku butegetsi
P?erezida wa mbere ukuze mu myaka kurusha abandi muri Afurika akaba n’umwe mu bamaze imyaka myinshi ku butegetsi kuri uyu mugabane – Perezida Paul Biya wa Cameroun, ku cyumweru azizihiza imyaka 40 amaze ku butegetsi. K?u rwego rw’igihugu, hateganyijwe ibikorwa byo kwizihiza iyo sabukuru, ndetse abamushyigikiye barimo kwishimira ibyo yagezeho. R?uswa yabaye umuco ni yo […]
NESA yaburiye abakoze ibizamini bisoza ayisumbuye bafite ibibazo by’indangamuntu

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibizamini bya Leta n’Ubugenzuzi bw’Amashuri, (NESA), kivuga ko bizagora abanyeshuri bakoze Ibizamini bisoza amashuri yisumbuye ariko bafite ibibazo by’indangamuntu kuko ari zo zizifashishwa harebwa amanota yabo igihe azaba yasojotse. NESA mu itangazo yashyize hanze ryashyizwejo umukono n’Umuyobozi Mukuru wayo, Dr. Bahati Bernard, yasabye abiyandikishije bagakora Ibizamini ariko badafite indangamuntu ndetse n’abo zirimo […]
Hamenyekanye igihe IPRC-KIGALI izafungurirwa

Minisiteri y’Uburezi, yatangaje ko IPRC-KIGALI izongera gufungurwa kuwa 7 Ugushyingo 2022, nyuma y’ibyumweru bibiri iri shuri rifunze mu rwego rwo gukora iperereza ku bujura n’ibindi byaha byaba byararikorewemo. Kuri ubu bamwe mu bayobozi barafunzwe, bazagezwa mu nkiko. Itangazo rya MINEDUC
EAC yasabye abarimo FDLR gusubira iyo baturutse nta kindi kintu basabye
Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba EAC wasabye imitwe y’inyeshyamba iri mu burasirazuba bwa RDC irimo FDLR, gutaha bagasubira mu bihugu bakomokamo nta yandi mananiza yo kugira ibindi basaba. Ibi ni ibikubiye mu itangazo ryashyizwe hanze nyuma y’inama yahuje Umuhuza w’Akarere ka EAC, Uhuru Kenyatta na Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi Ari na we uyobora EAC muri […]
Bagomba gusubira muri Afurika- Ijambo ryateje rwaserera mu badepite b’Ubufaransa
Mu Bufatansa, ubwo umudepite wâumwirabura wo mu ishyaka La France Insoumise (LFI), Carlos Martens Bilongo yatangaga ibitekerezo ku bibazo byâabimukira binjira mu buryo butemewe nâamategeko, undi mudepite yateye hejuru avuga ko âbagomba gusubira muri Afurika, hahita haduka uburakari n’inteko ihita ihagarika imirimo yayo. Perezida wâInteko Ishinga Amategeko yâu Bufaransa, YaĂ«l Braun-Pivet, yahisemo guhagarika igikorwa cyaberaga […]
Weasel Manizo yavuze amagambo kuri Teta Sandra bitera urujijo
Umuhanzi wo muri Uganda wari umugabo wa Teta Sandra, Weasel Manizo, yanditse amagambo atakagiza Teta Sandra, avuga ko agikunda uyu Munyarwandakazi, kandi ko bagiye gukora ubukwe mu gihe bizwi ko batandukanye. Weasel Manizo kuri uyu wa 4 Ugushyingo 2022, ntiyatanzwe mu bifurije Teta isabukuru nziza. Yagize ati” Teta Sandra rukundo rwanjye turi hafi gukora ubukwe […]
Kagame presides over new RDF cadet officers commissioning ceremony
President Paul Kagame will, on Friday, November 4, commission 568 officer-cadets who have completed their training at Rwanda Military Academy in Gako. Of them, 475 were trained for one year while 93 are graduating after four years of both academic and military training. The graduating officers will be joined by 24 young Rwandans who underwent […]
Kanombe hageze ingurube zitigeze ziba mu Rwanda
Ku Kibuga cy’Indege Mpuzamahanga cya Kigali cya Kanombe mu ijoro ryo kuri uyu wa Kane Taliki 03, Ugushyingo, 2022 hageze ingurube 15 zirimo izâubwoko butigeze buba mu Rwanda bita Duroc. Taarifa itangaza ko izi ngurube zatumijwe na rwiyemezamirimo, Jean Claude Shirimpumu usanzwe uyobora ihuriro nyarwanda ryâaborozi bâingurube ryitwa Rwanda Pig Farmers Association. Uyu ati ” […]
Congolese living in Diaspora thanks Rwanda amid bilateral tension with motherland

The Organization of Congolese living in Rwanda has thanked Rwandans for their hospitality despite the current frosty relations between the two neighbouring countries. According to the statement released by the Diaspora Congolese du Rwanda, Congolese said people from two countries must embrace peace during current situation. Read the full statement in French
Meya wa Ngoma yagaragaye ari gukubura umuhanda

Umuyobozi w’Akarere ka Ngoma, Niyonagira Nathalie, yagaragaye ari gukubura umuhanda mu gikorwa cyâisuku muri gahunda yiswe âIgitondo cyâIsuku’ mu Mujyi wa Kibungo. Iki gikorwa cyabaye mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki 03Ugushyingo 2022. Ubuyobozi bwâaka karere buvuga ko iki gikorwa kiswe âIgitondo cyâIsukuâ cyabaye mu gitondo cyo kuri uyu wa kane, cyabere mu […]
Senior Russian commanders, Putin discuss the possible use of nuclear weapons in Ukraine war
Senior Russian military leaders discussed last month how and when they might use nuclear weapons on the battlefield in Ukraine, two US officials have told CBS News. Vladimir Putin was not involved in the talks, they told the BBC’s US partner. The White House said it had grown “increasingly concerned” about the potential use of […]
Gicumbi: Umugabo yaparitse moto ajya mu kabari agarutse arayibura
Abagabo babiri barimo uwitwa Hagenimana na Tuyizeye, bafatanywe Moto yibwe umuturage wayibuze ubwo yayisigaga hanze agiye mu kabari yasohoka akayibura, akiyambaza Polisi ikaza gufatira aba bagabo mu Murenge wa Rukomo mu Karere ka Gicumbi. Iyi moto yo mu bwoko bwa Bajaj Boxer ifite ibirango bya RF 040 S, yibwe mu ijoro ryo ku wa Mbere […]
Abasirikare bakuru b’Uburusiya baganiriye ku kuntu n’igihe bakoresha intwaro kirimbuzi muri Ukraine
A?bakuru b’ingabo z’Uburusiya bo ku rwego rwo hejuru mu kwezi gushize baganiriye ku kuntu n’igihe bashobora gukoresha intwaro kirimbuzi ku rugamba muri Ukraine, nkuko abayobozi babiri bo muri Amerika babibwiye igitangazamakuru CBS News. P?erezida Vladimir Putin yari ari muri ibyo biganiro, ni ko abo bayobozi babwiye CBS News ikorana na BBC muri Amerika Muri aya […]
RIB arrests two Rwanda National Olympic and Sports Committee officials
Rwanda Investigation Bureau (RIB) has confirmed the arrest of two officials of the Rwanda National Olympic and Sports Committee (RNOSC) over allegations related to abuse of office. According to RIB spokesperson, Thierry Murangira, the individuals who are detained are Jean-Jacques Mugisha, Head of Rwanda’s mission to the Commonwealth Games, and Jean de Dieu Mukundiyukuri, the […]
Meteo Rwanda yaburiye abatuye Iburasirazuba no ku Mayaga

Ikigo gishinzwe Ubumenyi bwâIkirere (Meteo-Rwanda), cyaburiye ko muri uku kwezi kwa 11/ 2022 ibice byinshi byâIntara yâIburasirazuba no mu Mayaga mu Majyepfo, hateganyijwe imvura nke ugereranyije nâisanzwe ihagwa mu mezi yâUgushyingo. Hasesenguwe ikarita yerekana uko imvura izagwa mu Rwanda, bigaragara ko muri uku kwezi hateganyijwe imvura iri hagati ya milimetero (mm) 50 na 250, ikaba […]
Ab’ i Kanyaluchinya batwitse imodoka ya MONUSCO bakeka ko itwaye M23
Ikinyamakuru Politico.cd kivuga ko mu ijoro ryo kuwa kabiri nibura imodoka imwe yâingabo za ONU muri DR Congo yatwitswe nâabaturage i Kanyaruchinya mu ntera ya kilometero zitarenze 10 mu majyaruguru y’Umujyi wa Goma. MONUSCO ntacyo iratangaza ku itwika ryâizo modoka. Ibinyamakuru byo muri DR Congo bivuga ko umurongo w’imodoka za ONU watewe nâabaturage barakaye. Ibi […]
Kenya igiye kohereza batayo y’abasirikare bayo mu guhashya abarimo FDLR
P?erezida wa Kenya William Ruto bitanyijwe ko kuri uyu wa Gatatu yohereza batayo y’abasirikare ba Kenya (KDF) mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, aho imirwano ikaze ikomeje hagati y’ingabo za leta (FARDC) n’inyeshyamba zo mu mutwe wa M23. F?ARDC iri no mu zindi ngamba zirimo nko kurwanya umutwe wa ADF, wayobotse umutwe wiyita […]
Goma: Abavuga Ikinyarwanda ‘b’Abatutsi’ bibasiwe bashinjwa gushyigikira M23
Mu myigaragambyo yabaye mu Mujyi wa Goma kuwa 1 Ugushyingo 202, hadutse impungenge zishingiye ku magambo avugwa cyangwa yandikwa ku mbuga nkoranyamba yibasira Abanyecongo bavuga ikinyrwanda, cyane cyane Abatutsi. Muri iyi myigaragambyo n’ubwo muri rusange bivugwa ko yabaye mu mahoro, bibasiye ibikorwa by’ubucuruzi by’abavuga Ikinyarwanda nk’uko BBC dukesha iyi nkuru yabitangaje. Barashinjwa ko bafatanyije cyangwa […]
Perezida Kagame yakiriye abarimo umuyobozi wa Brussels Airlines
Perezida Kagame kuri uyu wa 1 Ugushyingo 2022 yakiriye Christina Foerster, umwe mu bagize inama y’ubutegetsi ya Lufthansa, sosiyete y’ubwikorezi bwo mu kirere yo mu Budage, na Peter Gerber Umuyobozi Mukuru wa Brussels Airlines. Ibiro byâUmukuru wâIgihugu byatangaje ko Perezida Kagame mu biganiro yagiranye nâaba bayobozi bombi, byagarutse ku kwagurira ibikorwa byabo mu Rwanda. Ibi […]
RIB iraburira abakoresha amakarita ya banki (visa cards) mu kwishyura
Nyuma yo kwakira ibirego byinshi byâabantu bakoresha amakarita ya banki akoreshwa mu kwishyura (visa cards) bagaragaza ko babona amafaranga ava kuri konti zabo nta ruhare babigizemo, Urwego rwâIgihugu rushinzwe Ubugenzacyaha (RIB) rurakangurira abaturarwanda kwirinda ubujura bwâimibare igaragara kuri aya makarita kuko hari abayiba bakagura ibintu kuri murandasi ba nyirâamakarita batabizi. Iperereza ryâibanze rigaragaza ko hari […]
Perezida Kagame yavuze impamvu EAC idakwiriye kwishingikiriza inkunga zivuye hanze
Perezida w’ u Rwanda, Paul Kagame, yavuze ko Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) idakwiriye kwishingikiriza inkunga zivuye hanze kuko bidindiza imishinga na gahunda z’uyu muryango. Ibi Perezida Kagame yabigarutseho kuri uyu wa 1 Ugushyingo 2022 ubwo yagezaga ijambo ku bagize Inteko Ishinga Amategeko y’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba iri kubera mu Rwanda. Yagize ati” EAC ntibona […]
President Kagame to address EALA members
Rwandan President Kagame Paul is expected to deliver his speech to the members of East African Legislative Assembly on Tuesday, November 1st. EALA members have been in Rwanda since October 23rd. As provided by the law, the President of hosting country must address the EALA members. The meeting is scheduled to end on November 5, […]
Umuhanzi Davido mu gahinda
Umuhanzi wo muri Nigeria, Davido, ari mu gahinda nyuma y’aho kuwa Mbere yapfushije umuhungu we witwa Ifeanyi yari yabyaranye na Chioma Amakuru avuga ko Ifeanyi yarohamye muri Pisine iwabo ahitwa Banana Island muri Leta ya Lagos, igihe ajyaniwe Kwa muganga, akagerayo yapfuye kuko yatunze gutabarwa. Ifeanyi wavutse mu 2019. Ubwo yarohamaga muri iyi Pisine yahise […]
M23 yasubije uvuga ko FARDC yigaruriye Rutshuru
Umuvugizi wa M23 mu bya gisirikare, Major Willy Ngoma, yakwennye uwatangaje ko ashimira FARDC yabashije kwisubiza Rutshuru. Kuri Twitter, uwitwa Socrate Kushadi hashize amasaha make ashimira FARDC ko “Yabashije kugarura Rutshuru” Maj Ngoma yahise asubiza ibyatangajwe n’uyu Kushadi, mu tumenyetso tw’amaseka menshi. Ati “Hhhhhh”. Kuri ubu Rutshuru yose iragenzurwa na M23 Kandi aba barwanyi baravugwa […]
Rwanda’s Kagame receives Angolan envoy amid DRC escalation
This afternoon at Urugwiro Village, President Kagame received Hon. AntĂłnio Tete, Minister of External Relations of Angola who is in Rwanda with a message from President JoĂŁo Lourenço of Angola, who is currently serving as Chairperson of ICGLR. Tete has met DRC Tshisekedi on the same mission to Kigali. The development comes after the bilateral […]
RIB yinjiye mu kibazo cy’umukobwa uvuga ko hari uwamwimye imodoka ye yayimubaza akamubuza ‘kumusakuriza’
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB ruvuga ko rigiye gukurikirana iby’amakuru rwahawe n’uwitwa Tessy kuri Twitter, avuga ko hari umuntu wamwimye imodoka ye, n’iyo amuhamagaye amucyaha ngo nta musakurize. Uyu Tess yanditse kuri Twitter ati ” Mwaramutse @RIB_Rw Mfite ikibazo,umuntu yanyimye imodoka yanjye,niba ari uko nd’ umukobwa?arambwira ngo” sinzongere kumuhamagara no kumusakuriza”ikibazo cyanjye nkigeza muri RIB,mbabwira uyifite,aho […]
Bamporiki yajuririye igihano cyo gufungwa imyaka ine no gutanga ihazabu
Bamporiki Edouard wahoze ari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y”Umuco, akaba yari aherutse gukatirwa gufungwa imyaka ine no gutanga ihazabu ya Miliyoni 60 Frw, byamenyekanye ko yajuririye iki cyemezo ndetse nâicyo asaba Urukiko yajuririye. Hashize ukwezi Bamporiki akatiwe iki gihano nâUrukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwasomye icyemezo cyarwo tariki 30 Nzeri 2022. The New Times yatangaje […]
Lula narrowly defeats Bolsonaro to win Brazil presidency
CNN Luiz Inacio Lula da Silva narrowly defeated President Jair Bolsonaro in a runoff election on Sunday that marked a stunning comeback for the leftist former president and the end of Brazil’s most right-wing government in decades. Brazil’s Supreme Electoral Court declared Lula the next president, with 50.9% of votes versus 49.1% for Bolsonaro. The […]
DR Congo expels Rwandan ambassador Vincent Karega, gives him 48 hours to leave

“Rwanda notes with regret the decision by the Government of the DRC to expel Rwandan Ambassador Vincent Karega. Rwandan security forces at our border with DRC remain on alert, as we continue to monitor the Congolese escalation, Rwanda said in a communiquĂ© Read the statement of Rwanda commenting on Kinshasa decision.
M23 yahakanye ko yahyizeho Umuyobozi mushya wa Rutshuru
Munyarugerero Canisius, Umuvugizi wa politiki wungirije w’umutwe wa M23, yatangaje ko ari ikinyoma, amakuru aturuka muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo avuga ko abarwanyi ba M23 bamaze gushyiraho umuntu uyobora agace ka Rutshuru witwa Wilson Ngarambe. Col Luc Albert Nyengele ni we wari warashyizweho na Perezida Tshisekedi ubwo Intara za Kivu ya Ruguru na Ituri […]
Inzu imwe y’i Rubavu yasanzwemo magendu yâinzoga zifite agaciro ka Frw miliyoni 50
Mu Murenge wa Gisenyi mu Karere ka Rubavu, hatahuwe inzu yarimo ibicuruzwa bifite agaciro ka Miliyoni 50 Frw byinjiye mu Gihugu mu buryo bunyuranyije nâamategeko bivuye muri DRCongo, bigizwe nâinzoga zirimo izikomeye (Liquors) ndetse nâimivinyu (Wines). Izi nzoga zatahuwe nâIshami rya Polisi yâu Rwanda rishinzwe kurwanya magendu nâibindi byaha (ASOC) rizisanze mu nzu iherereye mu […]
Dr Sezibera yavuze icyo agiye gukorera uwitwa Ibere rya Bigogwe kuri Twitter
Uwahoze ari Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Dr Richard Sezibera, avuga ko agiye gusura Uwitwa Ngabo Karegeya witwa Ibere rya Bigogwe kuri Twitter kuko ibyo akora ari byiza. Dr Sezibera kuri uyu wa Gatandatu yanditse kuri Twitter avuga ko azanyarukira mu Bigogwe, ngo asure uyu ukunze kugaruka kuri Twitter yamamaza ibyiza biri mu gace k’iwabo. Dr Sezibera […]
Indege yari ivuye muri Iran yasanzwemo umurambo
Umurambo wâumuntu watahuwe mu ndege ya sosiyete ya Lutfhansa ubwo yari igeze ku kibuga cya Frankfurt mu Budage ivuye i Tehran muri Iran ku wa Kane, nkâuko byatangajwe na Polisi yâu Budage nâubuyobozi bwâiyo sosiyete yâindege. Abakozi bo ku kibuga cyâindege cya Frankfurt ni bo batahuye uwo murambo wâumugabo ku wa Kane mu gitondo mu […]
M23 yafashe umupaka wa Kitagoma uhuza RDC na Uganda
Kuwa Gatanu ingabo za leta zataye umupaka wa kitagoma uherereye muri Gurupoma ya Busanza,nyuma yâimirwano yari imaze iminsi ibiri ishyamiranyije inyeshyamba za M23 nâingabo za Leta FARDC. Umuvugizi wa M23 mu bya gisirikare, Maj Willy Ngoma kuri Twitter yavuze ko bari kugenzura Kitagoma. Yagize ati ” Intare za Sarambwe zageze Kitagoma” FARDC ntacyo iratangaza kuri […]
Elon Musk fires top executives after buying Twitter
Elon Musk took control of Twitter and fired its top executives late Thursday in a deal that puts one of the leading platforms for global discourse in the hands of the world’s richest man. Following the takeover, Musk tweeted that the “the bird is freed,” referencing the company’s iconic avian logo. He wasted no time […]
Kagame in Maputo
President Kagame has arrived in Maputo, Mozambique for a one-day Working Visit. Office of the President has announced today via Twitter, without revealing more details.
UK: Min. uherutse kwegura yavuze ko kohereza abimukira mu Rwanda ‘bitazashoboka’
Amber Rudd, wari Minisitiri w’Ubutegetsi akegura, yavuze ko kohereza abimukira mu Rwanda bitazashoboka ko bishyirwa mu bikorwa, asaba abari muri guverinoma bashakira umuti w’ikibazo cy’abimukira mu zindi nzira. Amber Rudd yabwiye igitangazamakuru GB News cyo mu Bwongereza ko “bidasanzwe” kuba Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu uriho muri iki gihe yaravuze ko “inzozi” ze ari ukubona indege ihagurutse […]
WASAC, REG, UR, RRA na Karongi bimaze guhombya Leta umurengera
Komisiyo ishinzwe Abakozi ba Leta yabwiye abagize inteko ishinga amategeko ko hakiri ibyuho byinshi bigituma Leta ihomba abakozi n’amafaranga biturutse kumicungire mibi aho ibigo bitanu Ari byo: WASAC, REG, UR, RRA n ‘Akarerere ka Karongi, buyahombeje Leta asaga miliyari 2 mu myaka itanu ishize. Igice kinini cy’iyi raporo yanditse ku mapaji agera ku ijana kiragaragaza […]
I will definitely be President of Uganda- Gen Muhoozi vows
Gen Muhoozi Kainerugaba,Uganda’ first son and adviser to the President Museveni Yoweli, has vowed to become the President of Uganda no matter what it takes. Without revealing when, Muhoozi tweeted today morning that ” My mother has always been an angel for me. She is simply perfect! Like most men feel for their mothers!!!” In […]
Imvura n’umuyaga byangirije byinshi i Kigali
Imvura nyinshi ivanze n’umuyaga yaguye kuri iki gicamunsi yasenye ibikorwa binyuranye mu Mujyi wa Kigali birimo inzu z’abaturage, amashuri n’ibindi bikorwaremezo. Kugeza ubu ntiharamenyekana ingano y’ibyangiritse nk’uko RBA yabitangaje. Umunyamakuru wa BWIZA wari i Musanze avuga ko hari umuyaga mwinshi ku gicamunsi ahagana saa munani, bitazwi niba hari ibyo wangirije. Umwe mu baturage ati ” […]
FDLR si ikibazo gikwiye guhangayikisha u Rwanda- Amb. wa DRC muri UN
Ambasaderi wa Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo mu Muryango w’Abibumbye (UN/ONU), Georges Nzongola-Ntalaja, avuga ko FDLR atari ikibazo gikwiye guhangayikisha u Rwanda, ahubwo kuba rwayigarukaho mu gihe rushinjwe gufasha M23 byaba ari urwitwazo rwo gushaka kwikubira amabuye yâagaciro ya RDC. Ibi Ntalaja yabigarutseho kuri uyu wa Gatatu ubwo mu Kanama kâUmuryango wâAbibumbye gashinzwe umutekano, habaye […]
US warns of possible terrorists attack in Nigeria
The United States Department of State has issued a follow-up to a warning of a suspected imminent terror attack on strategic places in Abuja, Nigeria, putting its citizen on evacuation notice. The first terror alert was issued on October 23, 2022, and, in its latest warning, the US said it is granting âauthorised departure statusâ […]
Jakana Nadduli yashinje Banyarwanda uruhare mu rupfu rw’umuhungu we
Uwahoze ari minisitiri muri Uganda, Ali Hajji Nadduli, yavuze ko abo mu bwoko bwa Banyarwanda bazwi nka Bavandimwe bafite uruhare atasobanuye mu rupfu rw’umuhungu we, Jakana Nadduli Suleiman, uherutse gupfa. Jakana Nadduli, yari aherutse kumvikana yandagaza Banyarwanda na Banyankole kuri YouTube, bamusanze yapfiriye iwe mu gace ka Wobulenzi mu Karere ka Luwero, nyuma yâiminsi micye […]
Kagame hosts CAR President Touadera
President Paul Kagame, on October 26, hosted President Faustin Archange TouadĂ©ra of Central African Republic to discuss bilateral cooperation. The duo discussed political situation in CAR and bilateral cooperation in various areas of security, governance and economic development. TouadĂ©ra visit comes days after he a invited and shared 200 senior officers of Rwandan forces at […]
Ababikira n’abapadiri basigaye bareba purono- Papa Francis
Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi, P?apa Francis yaburiye abapadiri n’ababikira ku byago byo kureba amashusho y’imibonano mpuzabitsina azwi nka purono avuga ko “bica intege umutima wa gipadiri”. Mu kiganiro i Vatican, Papa Francis, w’imyaka 85, yasubizaga ikibazo kijyanye n’ukuntu imbuga za internet n’imbuga nkoranyambaga zikwiye gukoreshwa. Y?avuze ko kureba amashusho y’imibonano mpuzabitsina ari “ingeso […]
Umuvunyi yagaragaje uko abaturage bakeneshwa n’abahesha b’inkiko
Urwego rw’Umuvunyi rwagaragaje ko hari imanza zifite agaciro gato zirangizwa nâabahesha bâInkiko bâUmwuga kandi agaciro kazo kari munsi yâigihembo cyabo bigatuma imitungo y’umuturage itezwa cyamunara ngo hashakwe icyo gihembo bityo bigasiga uwo muturage mu bukene. Ibi byagarutsweho ubwo Umuvunyi Mukuru Nirere Madeleine yagezaga ku Nteko Rusange yâImitwe Yombi raporo yâibikorwa by’urwego rw’Umuvunyi byâumwaka wa 2021/2022 […]
RIB yashyikirije ubushinjacyaha dosiye y’abaregwa muri IPRC-Kigali
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha ( RIB ) rwshyikirije ubushinjacyaha dosiye iregwamo abantu 12 bakurikiranweho ibyaha bitatu mu ishuri rya IPRC Kigali. Umuvugizi wa RIB, Dr Murangira Thierry avuga ko ibi byaha ari ukunyereza umutungo, inyandiko mpimbano n’ubujura. Ku Cyumweru gishize nibwo IPRC-KIGALI yafunzwe ibyumweru bibiri ngo hakorwe iperereza. Nyuma umuyobozi wayo yatawe muri yombi ndetse nyuma […]
Col Mavinga wahanganye na M23 i Ntamugenga yatawe muri yombi
Uwari utahiwe ni Colonel Serge Mavinga wari uyoboye batayo yiswe âJungleâ iheruka kwirukanwa nâumutwe wa M23 mu gace ka Ntamugenga muri Rutshuru yatawe muri yombi. Ibinyamakuru bitandukanye byo muri RDC byatangaje ko Colonel Mavinga yafashwe ku wa 24 Ukwakira 2022, akaba afungiwe i Goma ndetse akomeje guhatwa ibibazo nâubushinjacyaha bwa gisirikare. Uyu musirikare mukuru nâingabo […]
DRC responds Rwanda on provocation allegations

DR Congo has responded Kigali’s allegations that FARDC has been engaged in provocation activities while fighting M23 rebels. FARDC questioned how Rwanda is concerned with the ongoing war between FARDC and M23. Again DR Congo accused Rwanda of supporting the rebels. The latter denies these accusations. Read the statement in French
U Rwanda rwavuze ku byo kuba Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu zahagaritse viza ku Banyarwanda

Ambasade y’ u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu yavuze ko amakuru yasakaye ko icyo gihugu cyakuyeho viza ku Banyarwanda “Ari ibinyoma kandi ayobya.” Iyi ambasade yavuze ko ” Abanyarwanda bazakomeza guhabwa viza zose za UAE harimo n’izo gusura.”
Ukraine yabujije abaturage bayo bahunze gutahuka
Leta ya Ukraine yavuze ko i?mpunzi z’Abanya-Ukraine zidakwiye gutahuka mbere y’igihe cy’ubushyuhe buringaniye cy’urugaryi (spring/printemps), kugira ngo zifashe kugabanya igitutu kiri ku rwego rw’amashanyarazi nyuma y’urukurikirane rw’ibitero by’Uburusiya. M?uri Ukraine, igihe cy’urugaryi cyo mu mwaka wa 2023 kizatangira mu kwezi kwa gatatu kirangire mu kwezi kwa gatanu. M?inisitiri w’intebe wungirije Iryna Vereshchuk yagize ati: “Imiyoboro […]
Kabuga yatunguranye mu rukiko i La Haye
Mu iburanisha ryo kuri uyu wa 25 Ukwakira 2022, umuherwe Feresiyani Kabuga yitabiriye urubanza rwe mu gihe yari atarigeze yitabira amaburanisha yabanje, gusa ku isura yari arakaye bigaragara. BBC yanditse iti ” Kabuga noneho yari yitabiriye urubanza rwe, arukurikira ku buryo bw’amajwi n’amashusho ari muri gereza y’uru rukiko.” U?mucamanza uyoboye iburanisha Iain Bonomy yavuze ko […]
M23 ‘iri kugenzura’ ahitwa Kalengera n’ubwo yari igambiriye gufata Kibumba
Amakuru agera kuri BWIZA avuga ko abarwanyi ba M23 bakomeje kugenzura Bunagana ndetse ubu bakaba bagenzura ahitwa Kalengera hafi ya Kabindi n’ubwo byavugwaga ko bari barangamiye kwigarurira Kibumba. Aya makuru avuga ko M23 yaraye ifashe ako gace kiyongera kuri Ntamugenga yafashe ku Cyumweru. Umunyamakuru Christopher Rugaud ukunze gukurikirana amakuru ya DR Congo kuri Twitter yanditse […]
Uwitwa Majambere yarusimbutse ubwo yari mu kiriyo cya Jakana Nadduli
Umugabo witwa Ivan Kamuntu Majambere, umurwanashyaka wa NRM yarusimbutse ubwo yari mu kiriyo cya Jakana Nadduli Suleiman, umugabo wapfuye yari amaze ukwezi afunguwe nyuma yo gutabwa muri yombi, yibasira abo mu bwoko Banyarwanda na Banyankole kuri YouTube. Daily Monitor yashyize kuri Twitter amafoto n’amashusho yerekana insoresore zigabije Majambere ziri kumuhondagura. Iki kinyamakuru kivuga ko “Majambere […]
Rwanda responds to new FARDC ‘provocation’

Continued public incitement on the basis of ethnicity, use of heavy weaponry, targeting of Rwanda’s border zone, and baseless accusations against Rwanda are unacceptable, Rwanda said in a statement. Read Full communiquĂ©