Mu 2018 nta Munyarwanda uzaba akimurikisha agatadowa
u Rwanda nka kimwe mu bihugu bikiri mu nzira y’amajyambere, rukomeje gufata ingamba zo kurandura ubukene, zimwe muri izo ngamba harimo ko mu 2018 nta Munyarwanda uzaba agikoresha itara gakondo(agatadowa.) Ibi byagarutsweho na Minisitiri w’ibikorwaremezo Musoni James kuri iki cyumweru taliki 22 Gicurasi 2016, aho yashimangiye ko u Rwanda rukomeje intego rwihaye yo gutuza Abanyarwanda […]
RDC: Ingabo za Congo zivuganye abapolisi batatu ba Uganda
Abapolisi batatu bo uri Uganda bishwe abandi babiri barakomereka bikomeye nyuma y’imirwano yabahuje n’igisirikare cyo mu mazi cya Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo. Iyi mirwano yabereye kuri uyu wa Gatandatu ushize ku nkengero z’Ikiyaga Albert muri Ituri nk’uko umuyobozi wungirije w’ingabo muri Ituri avuga, ngo yadutse nyuma y’aho abarobyi bo muri iki kiyaga bamenyeshaga ingabo […]
Kirehe: Ushinzwe imyitwarire y’abamotari afunzwe akekwaho kwaka ruswa no kwiha ububasha
Polisi y’u Rwanda mu karere ka Kirehe ifunze umwe mu bashinzwe imyitwarire y’abakora umwuga wo gutwara abagenzi kuri moto muri aka karere witwa Ngayaberura Jean Claude kubera gukekwaho kwiha ububasha akora inshingano zigenewe ishami rya Polisi y’u Rwanda rishinzwe umutekano wo mu muhanda agamije kuriganya no kwaka amafaranga abakora uyu mwuga. Uyu mugabo akurikiranyweho gusaba […]
Hibutswe abahoze ari abakozi n’abanyeshuli muri College de Rushaki bazize Jenoside yakorewe Abatutsi
Mu gihe hibukwa ku nshuro ya 22 jenoside yakorewe Abatutsi mu mwaka w’1994, ubuyobozi bw’ikigo “College Don Bosco de Rushaki” bufatanyije n’ababyeyi n’abanyeshuli; bibutse abahoze ari abakozi n’abanyeshuli muri icyo kigo bazize jenoside yakorewe Abatutsi . Muri uyu muhango wabaye kuri iki cyumweru tariki ya 22 Gicurasi 2016, abanyeshuli bafatanyije n’abarezi muri College Don Bosco […]
Indege z'Abanyamerika zarashe umukuru w'Abatalebani muri Afghanistani
Inzego zishinzwe iperereza muri Afghanistani zemeje ko umukuru w’abatalibani, Mullah Akhtar Mansour yaguye mu gitero cy’indege z’abanyamerika. Mbere yaho igisirikare cya Amerika cyari cyavuze ko Mullah Akhtar Mansour ashobora kuba yishwe. Hari amakuru agenda avuguruzanya ku birebana n’ukuntu byamugendekeye ariko abategetsi ba Amerika baravuga ko bishoboka ko yishwe. Nk’uko bitangazwa na BBC, ngo indege nyinshi […]
Kenya: Imvubu yari umuciyemo kabiri akizwa n’igiti
Umugabo usanzwe ukora akazi k’uburobyi arembeye cyane mu bitaro bikuru bya St Camilus Hospital mu mujyi wa Migori (Kenya) nyuma yo kurusimbuka agiye kwicwa n’imvubu yitabaza igiti. Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 21 Gicurasi, nibwo Benard Otieno yari yirengejwe n’iyo mvubu imufatiye ku nkombi y’umugezi yarobagamo kuri Wath-Remo Beach mu gace ka Nyatike. Nk’uko […]
Ubuhamya: Abagore cyangwa abakobwa bafite ibibuno binini mu mibonano mpuzabitsina
Abenshi b’igitsina gabo bemeza ko ikibuno kinini ku muntu w’igitsina gore kimufasha kuryoshya imibonano mpuzabitsina n’ubwo bigoye kubihamya kuko abantu badateye kiwe ndetse bakaba batanakunda bimwe, ariko benshi bagaragaje ko bakunda abagore bafite ibibuno binini. Bruno ati” njye nitwa Bruno, irindi zina ndumva atari ngombwa cyane, icyo nzi cyo ni uko umuntu aryoherwa n’iki gikorwa […]
Mu iyimikwa rye, Musenyeri Anacret yatumye kuri Perezida Kagame anagaruka ku bupfubyi bwe-Amafoto
Musenyeri Mwumvaneza Anaclet wimitswe kuba umushumba wa Diyoseze ya Nyudo yabaye impfubyi ari umwana muto bituma abibonamo impuhwe za Nyagasani, aho mu butumwa bwe yagejeje ku bari muri mu muhango wo kwimikwa kwe yashimiwe na Minisitiri w’intebe ku bw’ intego yo kugira impuhwe yagize, Musenyeri Anaclet mu ijambo rye yagarutse ku buzima bwe bw’ubupfubyi yagize […]
Amafoto ya Kim Kardashian na Kanye West agaragaza ugukorana na satani
Kim Kardashian na Kanye west bashyize ku mbuga nkoranyambaga amashusho bombi baryamanye mu buriri, banahishura amwe mu mabanga yihariye y’abashakanye, ibintu bitavuzweho rumwe ndetse byanateye benshi guhererekanya aya mashusho bakoresheje imbuga za interinete ari nako bavuga ko bakorana na satani Nk’uko ikinyamakuru Enews kibitangaza, mu nkuru yacyo yo kuri uyu wa gatandatu taliki ya 21 […]
Burundi: Gén.de brigade Audace Nduwumusi na mugenzi we ku rutonde rw’abashinjwa ubwicanyi
GĂ©n.de brigade Audace Nduwumusi na Capitaine Franà §ois Niyonkuru, aba ni abasirikare babiri mu gisirikare cy’u Burundi batungwa agatoki kuba inyuma y’ubwicanyi bumaze iminsi bukorwa mu gihugu ubu ngo bakaba bagiye koherezwa mu butumwa bw’amahoro bamwe bafata nk’igihembo Perezida Nkurunziza yaba abahaye nyuma yo guhangana n’abamurwanyaga kuri manda ye ya 3. GĂ©n. de brigade Audace Nduwumusi […]
Ubuhinde: Umwarimu wakomokaga muri Congo yicishijwe amabuye
Mu mujyi wa New Delhi mu Bihinde niho umusore w’imyaka 23 y’amavuko ufite inkomoko muri RD Congo, yishwe n’abasore 3 bamuteye amabuye n’amatafari. Nk’uko bitangazwa n’ibiro ntaramakuru by’Abafaransa AFP, ku wa Gatanu tariki ya 20 Gicurasi 2016, nibwo uyu musore wari n’umwarimu yiciwe mu gace ka Vasant Kunj gaherereye mu mujyi wa New Delhi, n’ubwo […]
Yinaze mu ndiri y’intare yambaye ubusa zimusamira hejuru- AMAFOTO
Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 21 Gicurasi 2016, nibwo umusore w’imyaka 20 y’amavuko witwa Franco Luis Ferrada Roman yinaze mu ndiri y’intare nyinshi mu mujyi wa Santiago zimusamira hejuru zitangira kumutera imikaka, arusimbuka ubwo 2 muri zo zaraswaga zigapfa. Nk’uko bitangazwa n’urubuga Dailymaily, uyu musore yinaze muri iyo ndiri y’intare yambaye ubusa hasi no […]
Urubyiruko rurasabwa kwirinda inyigisho mbi zitangirwa ku ishyiga
Ku itariki 20 Gicurasi 2016 ku Mugina hibukwaga ku nshuro ya 22 by’umwihariko urubyiruko rwazize Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994, Depite Umukobwa Justine uhagararariye Urubyiruko mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda yasabye urubyiruko n’abana muri rusange kwamaganira kure inyigisho zuzuyemo ingengabiterezo ya Jenoside zitangirwa mu bwihisho cyane cyane ku mashyiga igihe ababyeyi baganira n’abana babo […]
Kamonyi: ACP Nkwaya yasabye abamotari gukomeza kuba abafatanyabikorwa na Polisi mu gukumira ibyaha
​Ku wa gatanu tariki ya 20 Gicurasi, umuyobozi wa Polisi mu ntara y’Amajyepfo Assistant Commissioner of Police (ACP) Francis Nkwaya yagiranye ibiganiro n’abatwara abagenzi kuri moto bakorera mu karere ka Kamonyi abasaba gukomeza kuba abafatanya bikorwa ba Polisi y’u Rwanda mu gukumira no kwirinda ibyaha, kuko aribyo bizatuma akazi bakora gatera imbere nabo bakagira imibereho […]
Ingabo z’u Burundi ziri mu mahanga zasabwe gutahuka
Itsinda Mpuzamahanga rigamije gukumira no guhosha amakimbirane (ICG: International Crisis Group), ryasohoye icyegeranyo gikubiyemo ibyo bise inkurikizi za manda ya 3 ya Perezida Nkurunziza w’u Burundi bityo bakaba basabye ko ingabo z’iki gihugu zoherejwe hirya no hino mu butumwa bw’amahoro gutahuka. Iri tsinda risaba ko izo ngabo zatahuka mu gihe muri icyo cyegeranyo rigaragaraza ko […]
Perezida Bashir n’ubwo ashakishwa na ICC ashaka gusura Leta Zunze Ubumwe za Amerika
Nubwo Perezida Omar al-Bashir wa Sudani ashakiswa n’urukiko mpuzamahanga mpanabyaha (ICC), leta yatangiye kumusabira visa kugirango azitabire inama rusanga ya Loni izabera muri i New York muri Nzeli uyu mwaka. Ahmed Bilal Umuyobozi Ushinzwe itangazamakuru muri Sudan yavuze ko Ban Ki-Moon ariwe watumiye Perezida Bashir, bityo USA ngo itegetswe kumuha viza kuko ari yo yubatswemo […]
Burera: Polisi yafashe umugore winjizaga inzoga zitemewe mu Rwanda
Polisi y’u Rwanda ifite inshingano zo kurwanya abinjiza ibicuruzwa mu gihugu mu buryo bwa magendu n’abinjiza ibinyobwa bitemewe mu Rwanda, ababifatiwemo bagashyikirizwa ubutabera. Ni muri urwo rwego mu ijoro ryo ku itariki ya 20 rishyira iya 21 Gicurasi, Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Burera yataye muri yombi umugore witwa Murekatete Beatrice winjizaga inzoga […]
Rugby:Ikipe ya RDC yegukanye igikombe cyaberaga mu Rwanda
Ikipe ya RDC yegukanye igikombe cyaberaga mu Rwanda kuri uyu wa Gatanu 20 Gicurasi 2016 ubwo habaga umukino wa nyuma w’irushanwa rya Rugby Africa Div.2cup ryaberaga kuri stade Amahoro i Remera,ku mukino wa nyuma. Uyu mukino waranzwe n’ishyaka ku mpande zombi cyane cyane u Rwanda kuko rwumvaga rwagitwara ku nshyuro ya mbere,ndetse no kuri RDC […]
Diamond yahamagawe mu bazitabira Bet Award
Diamond nyuma yo kugenda akorana indirimbo n’abahanzi bo muri Amerika harimo NE-YO ,Ubu byamaze kwemezwa ko ari mu bagomba guhatanira ibihembo bya Bet Award bizaba taliki 26 Kamena uyu mwaka i Los Angeles . Diamond ahamagawe mu bazitabira guhatanira ibi bihembo nyuma y’uko Eddy Kenzo yari yagaragayemo umwaka ushize, bikaba byarabaye kimwe mu bizamura izina […]
Gutandukana n’umugabo we byatumye umugandekazi Meva akoza intoki mu gitsina cye AMAFOT0
Mu gihe muri Uganda hakomeje kugenda hagaragara udushya twinshi mu bahanzi bafite amazina akomeye ubu noneho hiyongereyeho undi muhanzikazi “Meva” wagaragaye ashyira intoki mu gitsina cye. Nyuma yo gucibwa integege na bagenzi be ko atazi umuziki akanga ku wureka, Meva Katoto yagaragaye yikinishiriza mu birori ubwo yaririmbiraga mu mujyi wa Mbarara ku mugoroba wo kuri […]
Musenyeri Mwumvaneza Anaclet yimitswe nka Musenyeri mushya wa Nyundo
Minisitiri w’Intebe, Anastase Murekezi kuri uyu wa gatandatu, itariki 21 Gicurasi 2016, yifatanyije n’abakirisitu ba Diyosezi ya Nyundo mu muhango wo kwimika Musenyeri mushya wayo, Anaclet Mwumvaneza. Musenyeri abaye umukuru wa Diyoseze ya Nyundo asimbuye Musenyeri Habiyambere wari umaze imyaka 19 ayiyoboye, akaba yashimiwe n’uwari uhagarariye Papa Fransisiko kubw’ukuntu yatunganyije inshingano ze. Muri uyu muhango […]
CNLG yifatanyije n’Ibitaro bya Kaminuza bya Butare mu gikorwa cyo kwibuka
Muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, amarorerwa yabaye ntiyasize n’ibitaro. Byageze n’aho abanganga bica abarwayi bashinzwe kuvura. Tariki ya 19 n’iya 20/5/2016, Ibitaro bya Kaminuza by’I Butare (CHUB) byakoze umuhango wo kwibuka ku nshuro ya 22 Jenoside yakorewe Abatutsi. Komisiyo y’Igihugu yo Kurwanya Jenoside yifatanyije n’abayobozi n’abakozi by’ibyo bitaro, ihagarariwe n’Umuyobozi Mukuru w’Ikigo cy’Ubushakashatsi n’Ububikoshakiro […]
Baghdad: abantu 4 bishwe abandi 90 barakomereka bikomeye
Muri Iraqi abantu bagera kuri 90 nibo bakomeretse bikomeye abandi 4 bahatakariza ubuzima, ubwo abashinzwe umutekano bakumiraga itsinda ry’abayisilamu baba Shi’ite brwanaga binjira mu mujyi bigarangambya. Kuri uyu wa Gatanu taliki 20 Gicurasi 2016, abantu 90 bakomeretse abandi 4 barapfa, ubwo Polisi yageregezaga gukumira abasilamu baba Shi’ite bigaragambyaga bamagana ruswa iri mu bategetsi n’imbaraga nke […]
Musanze: Abaturage basaga 7000 basabwe kwirinda no kudahishira ikibi
Abaturage bagasa 7000 bo mu karere ka Musanze, Kicukiro na Nyaruguru basabwe kwirinda no kudahishira ikibi aho kiva kikagera, kandi bakagira uruhare mu kukirwanya batanga amakuru ku gihe y’umuntu wagikoze cyangwa ufite imigambi yo kubikora. Ibi babisabwe ku itariki 17 Gicurasi mu nama bagiranye n’ubuyobozi bw’utu turere hamwe n’inzego z’umutekano. Abo mu karere ka Musanze […]
Tanzania: Perezida Magufuli yirukanye minisitiri wa mbere amuziza ubusinzi
Perezida wa Tanzania, John Pombe Magufuli, yirukanye minisitiri muri guverinoma nyuma yo kuza mu Nteko Ishinga Amategeko akiha no gusubiza ibibazo kandi yasinze nk’uko byatangajwe na perezidansi kuri uyu wa Gatanu. Perezida Magufuli uri ku butegetsi kuva mu Ugushyingo umwaka ushize, yasezeranyije kurwanya ruswa yivuye inyuma ndetse n’imikorere mibi muri guverinoma. Amaze kwirukana abayobozi benshi […]
Ku biro bya Perezida Barack Obama hagabwe igitero yagiye gukina Golf
Ku biro by’umukuru wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika humvikanye urufaya rw’amasasu, haza gufatwa umwe mu bakekwaho kugaba icyo gitero mu gihe bivugwa ko Obama yari yagiye gukina Golf. Kuri uyu wa Gatanu taliki 20 Gicurasi 2016, mu gice kirimo inyubako ibarizwamo ibiro bya Perezida wa Amerika Brack Obama (White House) humvikanye urufaya rw’amasasu bituma […]
Katumbi muri Afurika y’Epfo nyuma yo gushinjwa gushaka guhungabanya umutekano w'igihugu
Nyuma y’amasaha ategeze kuri 48 ashyiriweho impapuro zo kumuta muri yombi, Moise katumbi yaba yasesekaye mu gihugu cya Afurika y’Epfo nyuma yo guhabwa uruhushya n’ubutabera bwa Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo rwo kujya kwivuza hanze kuri uyu wa Gatanu. Aya makuru ntaremezwa neza, ariko umukozi wo ku kibuga cy’indege cya Lanseria, mu burengerazuba bwa Johannesburg […]
RDC: Abatuye Idohu bikanze igitero bava mu byabo barahunga
Abaturage batuye mu gace ka Idohu, gaherereye mu birometero bibarirwa mu 105 mu majyepfo ya Bunia mu ijoro ryo kuwa Gatatu rishyira kuwa Kane ku itariki 19 Gicurasi bataye ingo zabo bahungira mu bihuru. Nk’uko amakuru aturuka muri aka gace yageraga kuri Radio Okapi kuwa Kane yavugaga, ngo aba baturage baba barahunze bikanga igitero cy’abantu […]
Biravugwa ko Eddy Kenzo azamurwa n’imbaraga z’abapfumu bo muri Afurika y’Epfo
Eddy Kenzo amaze kurakarirwa n’abakunzi be nyuma y’aho amaze kwifatanya n’itsinda ry’abaririmbyi biyita abapfumu babarizwa muri Afurika y’Epfo rifatwa nk’imbaraga za Gakondo(Sangoma) Abafana bakomeje kugenda babonamo Eddy kenzo indi shusho isa n’iyubuyobe bwa Sekibi , nyuma yo kumubona ku mbuga nkoranyambaga ateruye amafaranga benshi bahamya ko ayakura mu bapfumu bo muri Afurika y’Epfo aho amaze […]
Umu DASSO arashinjwa guhohotera umunyamakuru wa VOA
Umunyamakuru Eric Bagiruwubusa,wa VOA aravuga ko yahohotewe na DASSO mu Mujyi wa Kigali ubwo yari arimo arakurikirana inkuru y’abacururiza ku muhanda birukanwaga. Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bukaba bwasabiye imbabazi iki gikorwa. Uyu munyamakuru aravuga ko telephone ye yangijwe muri uko guhohoterwa. Avuga ko yabonye DASSO irimo irirukana abacururizaga mu muhanda basa nk’abazamuka mu gahanda kajya […]
Ibuka ibabajwe n’uko abandujwe SIDA muri Jenocide yakorewe Abatutsi batagifashwa
Mu gihe muri Jenoside yakorewe Abatutsi 1994, yahitanye imbaga y’abanyarwanda ndetse igasiga bamwe mu bagore n’abakobwa bandujwe virus itera SIDA, Ibuka ibabajwe n’uko batakitabwaho. Bagirishya Jmv umuyobozi wa Ibuka mu karere ka Nyamasheke, yavuze ko aba bantuntu bandujwe SIDA batakitabwaho ngo babone ikibondora by’umwihariko. Yavuze ko mbere bafashwaga na AVEGA ikabagenera nibura igikoma, ariko nyuma […]
Abifuza kujya muri polisi kwiyandikisha bizarangira kuwa 29 Gicurasi
Ubuyobozi bwa Polisi y’u Rwanda buramenyesha abantu bose bashaka kwinjira muri Polisi y’u Rwanda bwatangiye kwandika abantu bose bifuza kwinjira mu gipolisi ku rwego rw’aba ofisiye bato. Ababyifuza bagomba kuba bujuje ibi bikurikira:  Kuba ari umunyarwanda, Kuba abishaka, Kuba byibura atarengeje imyaka 30 y’amavuko Kuba afite impamyabushobozi ya kaminuza (Ao) Kuba atarigeze akatirwa igifungo […]
Itangazo rigenewe abifuza kwinjizwa muri polisi y’u rwanda (rikosoye)
Ubuyobozi bwa Polisi y’u Rwanda buramenyesha abantu bose bashaka kwinjira muri Polisi y’u Rwanda bwatangiye kwandika abantu bose bifuza kwinjira mu gipolisi ku rwego rw’aba ofisiye bato. Ababyifuza bagomba kuba bujuje ibi bikurikira:  Kuba ari umunyarwanda, Kuba abishaka, Kuba byibura atarengeje imyaka 30 y’amavuko Kuba afite impamyabushobozi ya kaminuza (Ao) Kuba atarigeze akatirwa igifungo […]
Dore uburyo bwiza 6 wakoramo imibonano mpuzabitsina ukanezeza umukunzi wawe
Mu gihe gutera akabariro ari imwe mu nkingi zubaka urugo ku bashakanye, rimwe na rimwe bukaba bwanarusenya, Ubu buryo wateramo akabariro bwagufasha kurushaho kunoza imibanire yawe n’uwo mwashakanye. 1. Kuryama umugore akakuryama hejuru Abashakanye bagomba kugaragarizanya uruhare mu gutera akabariro ,Umugore akakuryama hejuru amaboko akaba yayashyira ku rukuta ariko anashima uburyo uri guteramo akabariro abinyujije […]
Ni iki cyihishe nyuma y' igitero cyakorewe kuri Ambasade y' u Rwanda i Paris?
Abantu ntibavuga rumwe ku gitero cyagabwe kuri Ambasade y’ u Rwanda mu Bufaransa i Paris kuri uyu wa Gatatu taliki 18 Gicurasi 2016 mu masaha y’igitondo. Ku ruhande rumwe, igikomeje gutera urujijo ni uko iki cyiswe igitero, uhagarariye u Rwanda mu Bufaransa, Jacque Kabale yatangaje ko ari ibikorwa by’ urugomo [bisanzwe…] ,byakozwe n’ abaturage b’ […]
Umukecuru w’imyaka 102 yagaragaye mu kibuga akina Golf
Kuri uyu wa Gatatu tariki 18 Gicurasi, Umukecuru Florence Greville w’imyaka 102 ukomoka muri Leta ya Viriginiya yagaragaye ku kibuga akina umukino wa Golf. Greville ubusanzwe ngo anezezwa n’umukino wa Golf ariko imbaraga zikagenda zimubana nke bitewe n’imyaka y’izabukuru n’uburwayi bw’imbavu yari amaranye amezi abiri. Ubusanzwe uyu mukecuru ubuzima bwe bwitabwaho n’abaganga mu macumbi yagenewe […]
Ese koko Ubushinwa bwaba bugurisha inyama z’imibiri y’abapfu muri Afurika? – REBA AMAFOTO
Mu gihe mu maguriro amwe n’amwe y’ibiribwa hagaragaramo inyama zaba iziseye cyangwa izimbumbe, hari amakuru avuga ko izo nyama zaba ari iz’abapfu Ubushinwa bugurisha muri Afurika, by’umwihariko muri Zambia  Intandaro y’ayo makuru, ni amafoto amaze iminsi acararacara ku mbuga nkoranyambaga aho yerekana amwe mu mabagiro yo mu Bushinwa harimo ibisa n’abantu bakuweho uruhu. Ubushinwa […]
Rwanda: Ishyaka Green Party rishyigikiye ko Donald Trump ategeka USA agahashya abanyagitugu
Mu gihe amahanga yose akomeje kwibaza uzategeka Leta Zunze Ubumwe za Amerika hagati y’ umudemokrate Hillary Clinton n’ umurepubukikani Donald Trump, Perezida wa Democratic Green Party of Rwanda, Dr Frank Habineza yemeza ko Abanyamerika baramutse batoye Trump bishobora kuzagira impinduka ikomeye kuri politiki y’ Isi. Mu gihe mu Rwanda hategurwaga Kamarampaka ku ihindurwa ry’ Itegekonshinga […]
Dore impamvu 3 zituma amasezerano y’Imana asa natinda gusohora
Nuko Umwami abwira Hamani ati: “ihute wende imyambaro n’ ifarasi uko uvuze, ubigenzereze utyo Moridikayi Umuyuda wicara ku irembo ry’ ibwami ntihagire ikintu na kimwe kibura muri byo byose” – Esiteri 6:10-11. Dukurikije iyi nkuru dusomye Moridikayi yari yarakoze ibyiza ariko hashira igihe ntiyahita agororerwa ariko ikindi gihe biribukwa aragororerwa wakwibaza uti: “Kuki nkora ibyiza […]
ADEPR: Ubuyobozi bwujuje Hotel mu gihe hari urusengero rw’Imana rumaze imyaka 6 ku gasozi
Hashize iminsi humvikana ukutumvikana hagati y’abayobozi n’abakiristo mu itorero ADEPR, ubwo bwumvikane buke bukaba bwaravuye ku mafaranga abakiristo batswe ngo ni ayo kubaka hotel Dove iri ku Gisozi mu mujyi wa Kigali, nyuma y’ibyo, abari i Gihundwe mu karere ka Rusizi bo bifashe ku munwa (barumiwe) batangazwa n’uburyo hubatswe hotel mu gihe hari urusengero rw’Imana […]
Iraqi: igitero cy’indege z’intambara cyahitanye abarwanyi 18 ba ISIS
Mu gihe muri Iraqi, abarwanyi ba ISISI bakomeje guteza umutekano muke, byatumye bagabwaho igitero n’indege z’intambara zihitana abarwanyi 18 b’uwo mutwe w’iterabwoba. Ihuriro ry’abenegihugu b’aba Kurdistan mu ntara ya Nineveh, ryatangaje ko kuri uyu wa Kane taliki 19 Gicurasi 2016, indege z’intambara zibarizwa mu Majyaruguru y’i Burengerazuba bwa Mosul ko zahitanye abarwanyi 18 ba ISIS. […]
Rugby: Nyuma yo gutsindwa n’u Rwanda, u Burundi bwaryamiye amajanja
Umukino ubanza w’ikipe y’igihugu y’u Burundi muri rugby bakozwe mu jishyo n’ikipe y’igihugu y’u Rwanda, none ubu iyi kipe yaryamiye amajanja ntabwo ishaka kongera gutsindwa ku mukino uri bukurikire ihura na Lesotho. Umutoza w’u Burundi, Mohamed Rashid aganira na bwiza.com yagize ati: “ku mukino ubanza ntabwo abakinnyi banjye babashyije gukora uko nababwiye, gusa byaterwaga n’impanvu […]
Imvune ya Danny Welbeck yatumye Walcott atamenya imigambi Wenger amufitiye
Rutahizamu muri Alsenal Theo Walcott ntaramenya niba azaguma muri Arsenal, nyuma yo kuvunika kwa mugenzi we Danny Welbeck byavugwaga ko azaguma muri Arsenal, Walcott akirukanwa. Ibi bije mu gihe Wenger atangarije ko Danny Welbeck ari umukinnyi mwiza, akanenga Walcott ko atigeze agaragaza umusaruro mu irushanwa rya premier League 2015-2016,nk’uko yabikekaga. Mu gihe hashize igihe gito […]
Canada: Umu Ex-FAR ukekwaho uruhare muri jenoside mu nzira zo koherezwa mu Rwanda
Umunyarwanda utuye mu mujyi wa Gatineau uherereye mu burengerazuba bwa Quebec, akaba yarahoze ari umusirikare mu ngabo z’u Rwanda (Ex-FAR) ashobora kwirukanwa muri iki gihugu akagarurwa mu Rwanda kubera ibyaha akekwaho na Canada bya jenoside n’ibyibasiye inyokomuntu yakoze mu 1994. Uyu munyarwanda witwa Jean-Claude Seyoboka yahuye mu gitondo cyo kuri uyu wa kane, itariki 19 […]
Nyuma yo kuvira inda imwe M23, abasirikare ba Monusco baguye mu ihurizo rya FDLR na ADF
Hashize igihe kigera ku mwaka n’igice mu gace ka Beni muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo hagaragara ubwicanyi bukorwa n’inyeshyamba za ADF/Nalu zikomoka muri Uganda, kuri ubu ingabo za Leta FARDC zifatanyije na Monusco ngo bagiye gufatanya mu guhashya izi nyeshyamba zisa nk’izabahagije mu gitero bise Usalama. Ku wa Gatandatu w’icyumweru gishize nibwo byatangajwe ko […]
Leta y’ u Burundi yeruye ivuga ko idashaka kwicarana n’abashatse guhirika ubutegetsi
Mu gihe hategerejwe ibiganiro bishakira umuti ibibazo biri mu Burundi ngo bikemuke, leta yeruye ivuga ko idashaka kwicarana n’abashatse guhirika ubutegetsi babarizwa mu ihuriro mpuzamashyaka (CNARED). Kugeza ubu umuhuza muri ibi biganiro bizabera mu gihugu cya Tanzania, Benjamin Mkapa yamaze gutumira impande zose bireba, ariko leta y’u Burundi ikomeza ivuga ko ibyo kwicarana n’abashatse guhirika […]
Amajyepfo: Bamwe mu bakozi n’abayobozi ba bimwe mu bitaro byagenzuwe mu maboko ya polisi
Iperereza ryakozwe mu bitaro bimwe byo mu Ntara y’Amajyepfo ryagaragaje kunyereza ibya leta nk’uko bitangazwa n’umugenzuzi w’iyo ntara, Jean Damascene Hagenimana. Yagize ati: “Abakozi bamwe n’abayobozi b’ibitaro nk’ibya Munini mu Karere ka Nyaruguru, ibya Nyanza, ibya Kabutare na n’ibya Ruhango bakoresheje inyemezabwishyu z’impimbano mu kunyereza ibya rubanda”. Yongeyeho ko abo bacungamutungo babi bakiriye amafaranga y’inkunga […]
Bugesera: Afungiwe ubwambuzi bushukana bw’amafaranga 1, 520,500 y’amanyarwanda
Polisi y’u Rwanda mu karere ka Bugesera ifungiye kuri sitasiyo ya Nyamata umugabo witwa Nshamihigo Augustin kubera gushuka abaturage hanyuma akabambura amafaranga y’u Rwanda angana na 1, 520,500. Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda mu ntara y’Iburasirazuba, Inspector of Police (IP) Emmanuel Kayigi yavuze ko uyu mugabo ufite imyaka 54 y’amavuko yabwiraga abaturage ngo hari Ikigo […]
Inama nyunguranabitekerezo ku bijyanye n’umutekano yasojwe
Kuri uyu wa gatatu tariki 18 Gicurasi 2016 i Nyakinama mu karere ka Musanze mu ishuri rikuru rya gisirikare, habereye umuhango w’isoza ry’inama nyunguranabitekerezo ku bibazo bijyanye n’umutekano mu gihugu yari imaze iminsi itatu. Inama nyunguranabitekerezo ibaye muri uyu mwaka yiswe: “Imbogamizi k’umutekano muri iki gihe: Ibyo Afurika igomba kwitaho”. Inama yashojwe k’umugaragaro na Nyakubahwa […]
Ibendera ry’ubururu rya Loni ntirikiri ingabo (Shield), ryabaye igipimo (Target) — Ban Ki-moon
Kuri uyu wa Kane, itariki 19 Gicurasi 2016, Umunyamabanga mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, Ban Ki-moon yafunguye umuhango wo guha umudari w’ishimwe Capt. Mbaye Diagne kubw’umurava udasanzwe wamuranze, mu gihe ku cyicaro cy’umuryango w’Abibumbye hizihizwaga Umunsi Mpuzamahanga w’ingabo za Loni. Umudari w’ishimwe wabanje guhabwa umuryango wa Capt. Diagne, warokoye ubuzima bw’abantu benshi ubwo yari mu butumwa bwo […]
Burundi: Hakomeje kwibazwa impamvu zo kwimurira intwaro hafi y’umupaka
Hashize iminsi amakuru amwe ava mu Burundi avuga ko hari intwaro zirimo kwimurwa zivanwa mu nkambi za gisirikare zikajyanwa ahantu hatazwi. Umuvugizi w’igisirikare cy’u Burundi arabeshyuza abatekereza ibindi avuga ko ari igikorwa gisanzwe. Nk’uko amakuru agera ku kinyamakuru Iwacu cyo mu Burundi dukesha iyi nkuru avuga, ngo intwaro ndetse n’amasasu byari bihishe mu bigo bya […]
Indege y’intambara y’Abanyamerika yakoze impanuka
Indege y’intambara iri mu bwoko bwa B-52 Bomber, yakoze impanuka kuri uyu wa Gatatu taliki 18 Gicurasi 2016, ahagana 22:30 ku isaha ngengamasaha ya GMT, nibwo iyo mpanuka yabaye abantu bose uko bari 7 basigara ari bazima. Iyi ndege yari yoherejwe mu gace ka Guam ivuye ku birindiro bya gisirikare bibarizwa mu Majyaruguru ya Leta […]
Huye: Abahakorera n'abahatuye biteze byinshi kuri telecentre bashyiriweho
Abakorera mu mujyi wa Huye n’abahatuye batangaza ko kuba harashyizweho Telecentre , zibafasha mu bikorwa by’ikoranabuhanga kuko biborohereza kubona serivisi mu buryo bwihuse. Telecentre ni hamwe kuri ubu hatangirwa service zitandukanye ziganjemo izigendanye n’ikoranabuhanga. mu gihe itarambere ku isi rirushaho kwihuta telecentre zaje ari igisubizo. Bamwe mu baje gushaka servize zisaba ikoranabuhanga barimo Potien Bizimana […]
Indaya 11 zafashwe zisambana zitegekwa kugenda mu mujyi zambaye ubusa – REBA AMAFOTO
Mu gihe mu Burusiya hagaragara ubusambanyi bwo kurwego rwohejuru, Polisi yakoze umukwabu nkumirabyaha ifata indaya zasambanaga, izitegeka kuzenguruka umujyi wose zambaye ubusa ziherekejwe n’abagabo basambanaga nazo . Polisi yo mu mujyi wa St Petersburg, nyuma yo gufatira izo indaya mu cyuho n’abagabo bazigannye, mbere yo kugezwa kuri Sitasiyo ya Polisi babanje kuzenguruka mu mujyi hose […]
RDC: Umwe yaguye mu mirwano hagati ya polisi n’abacukuzi b’amabuye y’agaciro
Umuntu umwe yishwe ibintu byinshi birangizwa ubwo habagaho guhangana gukomeye mu gace ka Luilu ko mu mujyi wa Kolwezi hagati y’abacukuzi b’amabuye y’agaciro mu buryo bunyuranyije n’amategeko n’abapolisi . Amakuru aturuka ahabereye iyi mirwano avuga ko yatangiye igihe igipolisi cyirukanaga abacukura amabuye y’agaciro mu buryo bunyuranyije n’amategeko ahacukurwa amabuye y’agaciro n’ikigo kitwa Rulco gicukura Cuivre […]
Uganda: Dr Kiiza Besigye afite ubwoba bw’uko ashobora kwicirwa aho afungiye
Dr Kiiza Besigye kuri ubu uri muri gereza, kuri uyu wa Gatatu yabwiye urukiko impungenge afite z’uko ashobora kwicirwa muri gereza ya Luzira ariko umucamanza ahita amucecekesha vuba vuba. Dr Besigye kuri uyu wa Gatatu yari yagejejwe imbere y’umucamanza wo mu rukiko rwa Nakawa ashinjwa icyaha cy’ubugambanyi nyuma y’aho yari yabanje kugaragara mu rukiko rwo […]
Baghdad: Igisasu cyahitanye abasirikare 9
Muri Iraqi, mu mujyi wa Baghdad, haturikiye igisasu cyari gitezwe mu butakaka, gihitana abasirikare 9 bari mu modoka abandi 10 barakomereka. Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu Taliki 18 Gicurasi 2016, nibwo igisasu cyaturikanye abasirikare uko bari 16, ubwo bari berekeje mu gace ka Latifiya mu Majyepfo ya Baghdad. Ibi byabaye mu gihe aba […]
Nyabihu: Polisi y’u Rwanda yafatanye umugore ibiyobyabwenge bitandukanye
Mu ijoro ryo ku itariki 18 Gicurasi, Polisi y’u Rwanda mu karere ka Nyabihu yafatanye Mukafideri Jacqueline inzoga z’ubwoko butandukanye zifatwa nk’ikiyobyabwenge mu Rwanda, zigizwe n’amapaki 36 ya Blue Sky n’amasashi yayo 384, amacupa 136 ya African Gin n’amacupa 109 ya Leaving Waragi. Umuyobozi wa Polisi y’u Rwanda mu karere ka Nyabihu, Superintendent of Police […]
New York: Abanyarwanda baguye mu butumwa bwa Loni barunamirwa banahabwe imidari y'icyubahiro
Umuryango w’abibumbye kuri uyu wa Kane, itariki 19 Gicurasi 2016 uraha icyubahiro abasirikare b’u Rwanda 10 basize ubuzima mu butumwa bwawo bwo kubungabunga amahoro mu mwaka ushize wa 2015. Iki gikorwa kikaba kiri bubere ku cyicaro cy’Umuryango w’Abibumbye I New York mu rwego rw’Umunsi Mpuzamahanga wahariwe abashinzwe kubungabunga Amahoro, aho abantu 128 barimo abasirikare, abapolisi […]
Mbuye: Umusore yishe bunyamaswa se na mukase
Ibi byabereye muri Komini Mbuye intara ya Muramvya mu Burundi, aho umugabo witwa Emmanuel Ndayisaba yivuganye se na mukase abatemesheke amasuka yabasanganye bahinga, bikekwa ko bapfuye amasambu. Abo bishwe bunyamaswa batemeshejwe amasuka, ni Sinzobatohana na Nahishakiye Valerie, inzego z’umutekano muri Mbuye zikaba zatangaje ko bikekwa ko isano y’amakimbirane ari amasambu. Ngo uyu mugabo yishe se […]