Miliyoni 10 z’abaturage zibasiwe n’ibiza birimo amapfa n’imyuzure mu ihembe rya Afurika — Loni
Imibare y’Ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku iterambere (UNDP) igaragaza abaturage basaga miliyoni 10 bibasiwe n’Ibiza birimo amapfa n’imyuzure kubera imihindagurikire y’ikirere yaranze ibihugu bihererye mu ihembe rya Afurika mu mwaka ushize, ndetse ngo abagituye mu manegeka bararye bari menge. Imvura idasanzwe ni yo yaranze ibihugu bituriye Koma y’Isi (Equateur), icyakora ngo nta ngaruka zidatsanzwe yahagize […]
Ruhango: Haribazwa impamvu imodoka yagenewe gutwara abarwayi imara imyaka 2 iparitse mu igaraje idakora akazi kayo
Mu Karere ka Ruhango hari ikibazo cy’imodoka itwara abarwayi (Imbangukiragutabara)imaze imyaka ibiri mu igaraje ry’amamodoka riherereye i Kabgayi ihahishe ntacyo ikora hakibazwa impamvu idakora akazi ishinzwe kandi kugeza ubu ababishinzwe bakaba bananiwe gutanga ibisobanuro. Ikinyamakuru cya hano mu Rwanda dukesha iyi nkuru kivuga ko bamwe mu bayobozi b’akarere barimo Meya ndetse n’Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akarere iki […]
Bane bafatanywe ibihumbi 28 by'amafaranga y'u Rwanda y’amiganano
​Mpakaniye Jafari, Mwizerwa Franà §ois, Mugabo Jean Claude, na Mutsinzi Jean de Dieu, bafatiwe mu karere ka Kayonza bafite ibihumbi 28 by’amafaranga y’u Rwanda y’amiganano. Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda mu ntara y’Uburasirazuba, Inspector of Police (IP) Emmanuel Kayigi yavuze ko Mpakaniye,ufite imyaka 28 y’amavuko, yafatiwe mu kagari ka Kayonza, ho mu murenge wa Mukarange afite […]
Ibintu 10 umukobwa wese yifuza ko umuhungu bakundana yamukorera
N’ubwo abakobwa mu miterere yabo badakunda guhita berekana amarangamutima n’aho bahagaze mu rukundo,iyo barwinjiyemo neza nibo usanga rwatwaye cyane. Hari ibintu rero abakobwa mu rukundo baba bashaka ko umuhungu amenya ndetse akabibakorera. Ibi bintu bihora mu ndoto ,ibitekerezo by’abakobwa benshi ndetse hafi ya bose bari mu rukundo(Bafite abahungu bakundana). 1.Kumubwira ko muzarushinga Umukobwa aho ava […]
USA ngo irashaka guhirika ubutegetsi muri Afurika y’Epfo
Umunyamabanga Mukuru w’ishyaka riri ku Butegetsi muri Afurika y’Epfo Gwede Mantashe aravuga ko Leta Zunze ubumwe za Amerika ziri kwihererera zigategura inama rwihisha zigamije guhirika ubutegetsi muri Afurika. Mu rugendo rwo kwamagana amacakubiri muri Afurika y’Epfo, Ishyaka riri ku butegetsi ANC ryikomye Leta Zunze Ubumwe za Amerika gushaka guhungabanya umutekano, igamije guhirika ubutegetsi buriho. Umunyamabanga […]
Huye: Abaturage bakanguriwe kwirinda no kurwanya ibiyobyabwenge
Polisi y’u Rwanda mu karere ka Huye irakangurira abagatuyemo kutanywa no kudacuruza ibinyobwa by’ubwoko bwose bitemewe n’amategeko kandi bakayiha amakuru y’abantu babikora. Ubu butumwa buje bukurikira ifatwa rya litiro 3040 za Muriture, zikaba zarafatiwe aho zacururizwaga mu kagari ka Karama, ho mu murenge wa Ruhashya. Zafatanywe abantu batandatu ku itariki 20 Gashyantare, kandi zikimara gufatwa […]
Perezida Nkurunziza yemereye Ban Ki-moon kuganira n’abatavuga rumwe nawe ntawuhejwe no gufungura abantu 2000
Nyuma yo kugirana ibiganiro n’Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, perezida w’u Burundi, Pierre Nkurunziza yemeye ko abantu 2000 bagiye gufungurwa , ndetse anemera kuganira n’abatavuga rumwe nawe nta muntu uhejwe. Ibi byatangajwe n’Umunyamabanga Mukuru wa Loni, Ban Ki-moon nyuma yo kubonana na perezida w’u Burundi, Pierre Nkurunziza. Ariko uyu mubare w’abantu 2000 bagiye gufungurwa wakosowe na […]
Mu gihe Wenger yemeza ko Sanchez ari bwandagaze FC Barcelona, Suarez we avuga ko baza kwica Arsenal
Mu gihe habura amasaha abarirwa ku ntoki ngo habe umukino ukomeye uza guhuza ikipe ya Arsenal na FC Barcelona, watangiye kuvugisha amangambure benshi haba ku bakinnyi ndetse n’abatoza ku mpande zombi. Ibyo byatumye umutoza Wenger yemeza ko umukinnyi we Sanchez ubu umeze neza ari bwandagaze ikipe ya Barcelona. Mu gihe Louis Suarez we yavuze ko […]
Byinshi ku gitero Israel yigeze kugaba kuri Leta Zunze Ubumwe za Amerika ariko kikagirwa ubwiru. Igice cya I
Kuwa 08 Kamena 1967, ubwo Intambara y’Iminsi 6 hagati ya Israel n’ibihugu byishyize hamwe by’Abarabu yari irimbanyije, igisirikare cyo mu kirere cya Israel cyagabye igitero ku bwato bw’intambara bwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika bwitwaga USS Liberity bwari bushinzwe ibikorwa by’ubutasi bwari burimo gukurikiranira hafi iyi ntambara mu mazi adafite nyirayo mu Nyanja ya Mediterane, […]
Rulindo: Umugabo arashinjwa gutera nyina icyuma mu gihorihori
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa mbere tariki ya 22 Gashyantare 2016, umugabo witwa Niyonzima Donati utuye mu Karere ka Rulindo yateye icyuma nyina bapfa amasambu. Umukecuru Mukarwesa Generoza w’imyaka 65 y’amavuko yatwe icyuma n’umuhungu we bikaba bikekwa ko yamujijije imitungo no kumurogera umuryango. Mu kiganiro umuyobozi w’Akagali ka Kamushenyi, Nyirahategekimana Beata yagiranye na KT, […]
Abahanga bemeje ko Adolf Hitler yari afite igitsina gito n’ibya rimwe
Nyuma y’uko Hitler ashatse kwigarurira isi yose mu biganza bye bikaza kurangira atabigezeho , bamwe mu bahanga mu by’amateka n’abaganga bagiye bakuririkirana imibereho ye mu bubiko bw’ibitaro yagiye yivurizaho, bemeje ko uyu mugabo Adolf Hitler yagize uburwayi bwatumye avuka afite ibya rimwe ndetse n’igitsina gito. Hitler wakomokaga mu gihugu cy’Ubudage akaba yari umuyobozi w’Abanazi, byemezwa […]
Byinshi ku buzima bwa Producer Mkono Wake Elize, Umunyarwanda uri kubica bigacika muri Kenya
Producer w’Umunyarwanda uzwi nka Mkono Wake Elize ufite studio yitwa Spear Kick Records, kuri ubu akaba ari gukorera umwuga we i Nairobi mu gihugu cya Kenya, arashima urwego umuziki w’u Rwanda ugezeho nubwo yemera ko uko ikoranabuhanga rizamuka ugomba kujyana naryo, akaba avuga ko yifuza kugera ku rwego nk’urwa ba Dr Dre. Mu kiganiro kirambuye […]
Nyagatare: Umugabo w’imyaka 33 yatawe muri yombi azira gutanga ruswa
Ku manywa yo ku italiki ya 20 Gashyantare 2016, mu karere ka Nyagatare, umurenge wa Rukomo, akagari ka Gashenyi, umugabo witwa Habamahirwe LĂ©onard, w’imyaka 33 y’amavuko, yafatiwe mu cyaha cyo gutanga ruswa. Byabaye ibyo itsinda ry’abahinzwe umutekano muri koperative yitwa Nyagatare Motar cooperative Union security Guard ryamuhagaritse kuko ngo ryari rifite amakuru ko, uyu Habamahirwe […]
Umuhungu wa Claver Mbonimpa uri mu gisirikare cy’u Burundi ngo yapangiwe kwicwa
Ibi ni ibyatangajwe na Claver Mbonimpa, umuyobozi w’Umuryango uharanira uburenganzira bwa muntu (APRODH), avuga ko hari amakuru afite avuga ko umuhungu we uri mu ngabo z’u Burundi yapangiwe igitero cyo kumubuza ubuzima. Uyu muhungu wa Claver Mbonimpa ngo abarizwa mu ngabo z’u Burundi akaba ari mu bofisiye(officiers), ko yapangiwe igitero cyo kumuhitana mu gihe se […]
Amb. Stanislas Kamanzi yahakanye kugira Nigeria inama yo kwigira ku Rwanda kugirango ihashye Boko Haram
Ambasaderi Stanislas Kamanzi uhagarariye u Rwanda muri Nigeria, arahakana amakuru aherutse gutangazwa n’ibinyamakuru bitandukanye byo muri Nigeria ndetse no mu Rwanda yavugaga ko yatangarije abanyeshuri bo muri AUN ko Nigeria yakwigira ku Rwanda mu kurwanya umutwe wa Boko Haram. Bimwe muri ibi binyamakuru birimo Premium Times byari byagize biti: “Guverinoma ya Nigeria ishobora guhangana n’ibibazo […]
Ese kugirango umwana abe umuhanga abikura mu rugo cyangwa ni mu ishuri?
Kugira ngo icyerekezo 2050 kigerweho, birasaba ko abana bakiri bato bahabwa uburere n’uburezi by’ibanze bifatika ireme ry’uburezi rikitabwaho, kuko ubukungu bw’igihugu bushingiye ku bwenge bw’abaturage, akaba ariyo mpamvu hashyizweho politiki nshya izafasha abana bato kubona uburezi, uburere n’imibereho myiza bakiri bato. Mu gihe u Rwanda rutumbiriye icyerekezo 2050 na gahunda y’imbaturabukungu (EDPRS) rukomeje gushyiraho ingamba […]
Donald Trump yongeye kwibasira Museveni ndetse yita Abagande bose ibigwari ukuyemo Kiiza Besigye
Umwe mu bakandida biyamamariza kuyobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika ndetse ukomeje no kugenda yitwara neza, Donald Trump yibasiye perezida wa Uganda, Yoweri Museveni avuga ko ko nta handi akwiriye kuba usibye muri gereza aho kuba mu ngoro y’umukuru w’igihugu. Ibi Donald Trump yabitangarije muri Carolina y’Amajyepfo, aho yari yagiye gusaba abaturage b’iyi leta kuzamuha […]
Umugandekazi Patience Sheila yasabye abamukurikira ku mbuga nkoranyambaga kwitegereza igitsina cye
Sheila Patience Don Zella, umuherwekazi ukomoka muri Uganda benshi bakaba banemeza ko afite ubwiza bukurura abagabo, Kuba afite umubiri woroshye bituma ashitura ibyamamare bitandukanye gusa ibyo byatumye yifotoza amafoto ayohereza ku mbuga nkoranyambaga arinako ashishikariza rubanda kwitegereza neza igitsina cye kurusha ibindi bice by’umubiri we. Uyu mubyeyi w’abana 4 ngo ntaterwa isoni no kuba yiyambika […]
Hussein Radjabu yigaramye abamushinja kuba hamwe na Gen Godefroid Niyombare
Hussein Rajdabu ni umwe mu batavuga rumwe na Leta y’u Burundi akaba yarabaye umwe mu bagaragaje ko badashyigikiye Perezida Nkurunziza kuri manda ya 3, mu gihe yashinjwaga kuba hamwe na Gen Niyombare Godefroid yabihakanye yivuye inyuma. Mu gihe Radjabu yashinjwa kuba hamwe na Gen Niyombare na Alex Sinduhije ndetse ko ari nabo bategura ibitero byo […]
Umuhanzikazi Ray C yongeye gufungirwa mu bitaro kubera ibiyobyabwenge
Umuhanzikazi wigeze kubica bigacika mu myaka yashize mu gihugu cya Tanzania ndetse no mu karere, uzwi nka Ray C ariko amazina ye nyakuri akaba ari Rehema Chalamila, yasubijwe mu bitaro byo mu mujyi wa Dar es Salaam aho ameze nk’aho afungiye, nyuma yo kongera gukoresha ibiyobyabwenge birimo cocaine. Iyi nkuru dukesha Bongomovies.com, ivuga ko Ray […]
Guverinoma y’u Rwanda yongeye kwibutsa impunzi z’Abarundi ko icyemezo cyo kuzimurira ahandi ari ntakuka
Guverinoma y’u Rwanda kuri uyu wa Mbere yongeye gushimangira ko icyemezo iheruka gufata cyo kwimurira impunzi z’Abarundi ziri ku butaka bwarwo ari ntagisibya, ariko ko yizeza izi mpunzi ko bizakorwa hakurikijwe amahame mpuzamahanga. Itsinda ry’intumwa za guverinoma y’u Rwanda zari ziyobowe na minisitiri ushinzwe impunzi mu nshingano ze, Seraphine Mukantabana ndetse n’iry’abakozi ba HCR, kuri […]
Amatora y’Abajyanama yabaye mu mutekano usesuye kandi arangira neza
Polisi y’u Rwanda irashimira abanyarwanda bose kubera imikoranire myiza na Polisi y’u Rwanda ndetse n’ubufatanye nayo, bikaba aribyo byatumye amatora y’Abajyanama yo ku wa 22 Gashyantare 2016 akorwa mu mutekano usesuye ku buryo nta kintu na kimwe cyayahungabanyije. Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, Assistant Commissioner of Police(ACP) Celestin Twahirwa atangaza ko mu rwego rw’umutekano, inzego […]
Umugore yafashe ku ngufu umwana w’imyaka 14 nyuma yo kureba filme z’urukozasoni
Mu gihugu cya Kenya mu gace ka Makadara, Sharon kitangi w’imyaka 26 y’amavuko kuwa 21 Gashyantare 2016 nibwo yagejejwe mu rukiko ashinjwa gufata ku ngufu umwana w’imyaka 14 y’amavuko ny’uma yo kumushukashuka akamujyana iwe murugo birangira amukoresheje imibonano mpuzabitsina ku ngufu. Uyu mwana usanzwe akora akazi ko kohereza amafaranga binyuze kuri telefoni “MPESA” avuga ko […]
Col (Rtd) Mulisa Jean Bosco nawe yashinjije Brig. Gen. (Rtd) Frank Rusagara gushyigikira RNC
Brig. Gen. (Rtd) Frank Rusagara akomeje gushinjwa n’abatangabuhamya b’ubushinjacyaha mu rubanza aregwamo we na Col. Tom Byabagamba na Sgt (Rtd) Kabayiza Franà §ois, aho kuri uyu wa Mbere uwazanywe gushinja ari Col Mulisa Jean Bosco nawe wasezerewe mu gisirikare. Kimwe na mugenzi we, Col Jill Rutaremara uheruka gushinja Rusagara, Col Rtd Mulisa nawe yashinjije Frank Rusagara […]
Nyuma yo gutsindwa na Chelsea, biravugwa ko byatumye Sergio Aguero yongera amasezerano muri Man City
Ni nyuma yaho kuri iki cyumweru taliki ya 21 Gashyantare 2016 habaye umukino wari witezwe na benshi wahuzaga ikipe ya Chelsea na Manchester City bikaza kurangira Man City inyagiwe imvura y’ibitego 5-1. Uko gutsindwa bivugwa ko byaba bifitanye isano n’uko rutahizamu Sergio Aguero atagaragaye mu kibuga ngo abe yabasha gucungura ikipe ya Man City dore […]
Kizza Besigye yongeye gutabwa muri yombi ubwo yaratorotse aho yari afungishije ijisho
Kizza Besigiye, yatawe muri yombi n’igipolisi cya Uganda kuri uyu wa mbere tariki ya 22 Gashyantare 2016. Yatawe muri yombi mu gihe yageragezaga kuva mu rugo iwe aho yari afungishije ijisho kuva kuwa gatanu tariki ya 19 Gashyantare. Kizza Besigye afatwa nk’umuyobozi ukomeye w’abatavuga rumwe na leta akaba ari umukuru w’ishyaka rya Forum for Democratic […]
Ruhengeri: Abaturage bagiye gutora bakirizwa icyayi
Mu Kagari ka Ruhengeri mu Murenge wa Muhoza batunguwe no kujya gutora kuri uyu wa Mbere tariki 22 Gashyantare, bakakirizwa icyayi cyo kunywa mbere yo gutora, ibintu bashimiye ubuyobozi bwabo. Umubyeyi Josianne, Umunyamabanga nshingwabikorwa w’ako kagari, yavuze ko iyo gahunda bayiteguye mu rwego rwo gufasha abaturage guhangana n’ubukonje bw’igitondo baba banyuzemo baza ku biro by’itora. […]
Amafoto 10 y’umuhanzikazi Princess Priscillah ukomeje kwigarurira imitima y’abatagira ingano
Amazina ye nyakuri ni Umuratwa Priscillah akaba azwi ku mazina y’ubuhanzi ya Princess Priscillah akaba ari umuhanzi w’umunyarwanda kuri ubu uri kubarizwa muri Leta Zunze Ubumwe za America aho ari gukurikirana amasomo muri Kaminuza, nyuma yo kugenda asohora indirimbo nziza z’urukundo zikanakundwa ni nako abantu benshi barushaho kumwiyumvamo ndetse bakanakoresha cyane amafoto ye ku mbuga […]
Umunyakenyakazi Huddah Monroe yagaragaye yiyambitse ubusa mu kiruhuko yagiriye i Dar-es-Salaam-AMAFOTO
Huddah Monroe umunyamideli ukomoka mu gihugu cya Kenya akaba asanzwe amenyerewe mu itangazamakuru nk’umwe mu bakobwa bazwiho kwiyambika ubusa kuri internet, ibyo yongeye kubishyira mu bikorwa kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 20 Gashyantare 2016. Huddah yagaragaye yambaye ikariso n’akarega k’amabere ari ku mazi mu biruhuko yagiriye muri Hotel Kirimanjalo mu mujyi wa Dar-es-Salaam. Uyu […]
Ibyiza 10 byo gukorakora umugore ku bice by’ibanga mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina, Dore aho wakorakora
Umubiri w’umuntu ugizwe n’ibice byinshi umugore aba afite ibice bitandukanye n’iby’umugabo, tuvuze ku gitsina cy’umugore, igitsina kigizwe n’ibice bituma umubiri we wuzuza inshinga zawo zaba izijyanye no kwibaruka cyangwa se gusohora imyanda mu mubiri, ubushakashatsi bukaba bugaragaza ibice by’umubiri w’umugore umugabo we ashobora gukorakora mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina bikabafasha kunezerwa bombi. Ese gukorakoranaho(caresses) bimaze iki? […]
Minisitiri w’Intebe wa Somalia yafungiwe muri Kenya amasaha macye azira kurenga ku mabwiriza
Minisitiri w’Intebe wa Somalia, Omar Abdirashid Sharmarke kuri uyu wa Gatandatu yatawe muri yombi amasaha atari macye I Nairobi azira kurenga ku mabwiriza. Ibi bintu bishobora kuzana agatotsi mu mubano wa Kenya na Somalia byabaye mu masaha ya mugitondo kuri uyu wa Gatandatu ushize ku Kibuga cy’Indege cyitiriwe Jomo Kenyatta. Biravugwa ko indege yari itwaye […]
Police HBC yegukanye igikombe cyitiriwe Intwari
Ikipe y’umukino w’intoki ya Police HBC yegukanye igikombe cyitiriwe Intwari z’u Rwanda ku itariki ya 21 Gashyantare 2016. Igikombe yagitwaye nyuma yo gutsinda ikipe ya APR HBC ibitego 21 kuri 19. Ni umukino wabereye ku kibuga cy’ishuri ryisumbuye rya Ruhango (ESI) mu karere ka Ruhango Imikino y’amajonjora yari yabaye tariki ya 20 aho ikipe ya […]
Gisagara:Abagize Komite zo kwicungira umutekano basabwe gushyira imbaraga mu gukumira ibyaha
Polisi y’u Rwanda mu karere ka Gisagara yasabye abagize Komite zo kwicungira umutekano (Community Policing Committees-CPCs) gushyira imbaraga mu bukangurambaga bwo kwirinda ibyaha. Babisabwe ku itariki 17 Gashyantare na Inspector of Police (IP) Marie Chantal Uwambaye, akaba ashinzwe imikoranire ya Polisi y’u Rwanda n’abaturage ndetse n’izindi nzego hagamijwe ubufatanye mu kwicungira umutekano muri aka karere […]
Intumwa ya Perezida Obama mu Burundi yasabye Leta kureka kwita abayirwanya abicanyi
Intumwa idasanzwe ya Perezida Barack Obama mu karere k’ibiyaga bigali, Thomas Perriello yasabye Leta y’u Burundi kureka gufata abatavuga rumwe nayo kimwe ibita abagizi ba nabi, abicanyi cyangwa inkozi z’ibibi. Mu ruzinduko rwe rw’iminsi 3 mu karere k’ibiyaga bigari, mu kiganiro Thomas Perriello yagiranye n’abanyamakuru kuri iki cyumweru tariki ya 21 Gashyantare 2016, yatangaje ko […]
Abasore baherutse kwishyikiriza igipolisi bongeye gushinja Gen. Niyombare, Alexis Sinduhije na Hussein Radjabu
Abasore bagera kuri 15 baherutse kwishyikiriza inzego z’umutekano mu Burundi bagiranye ikiganiro n’itangazamakuru baritangariza uko bapangaga ibitero n’uko bajyaga bica abantu bakanatera za grenades mu mujyi wa Bujumbura. Muri iki kiganiro n’abanyamakuru, aba basore bavuze ko imyitozo ya gisirikare bayiherewe mu Rwanda, ndetse ko mu bakundaga kuza kubereka uko bakora kugirango bafate u Burundi harimo […]
Abanyarwanda bongeye kuramukira mu matora batora abajyanama b’imirenge
Kuri uyu wa Mbere Abanyarwanda bongeye kuramukira mu matora bitorera Abajyanama Rusange n’Abakandida b’Abagore bavamo 30% mu Nama Njyanama z’Uturere batorerwa mu Mirenge. Aya matora yatangiye saa moya za mugitondo kuri uyu wa 22 Gashyantare 2016, bikaba biteganyijwe ko asoza saa cyenda z’amanywa, aho imyanya itorerwa 832 y’abajyanama ihatanirwa n’abantu 2000. Mu gihe mu matora […]
Polisi y’u Rwanda iri gukorera ubukangurambaga bwo kurwanya ibyaha mu mashuri
Mu rwego rwo gukumira ibyaha, cyane cyane mu rubyiruko, Polisi y’u Rwanda yatangiye ubukangurambaga mu mashuri yisumbuye yo mu gihugu. Ubu bukangurambaga bugamije gukangurira urubyiruko kugira uruhare rugaragara mu gukumira ibyaha batanga amakuru, hagamijwe gutegura urubyiruko rw’ejo hazaza rubereye u Rwanda. Guhera mu ntangiriro z’ukwezi kwa Gashyantare uyu mwaka, abanyeshuri barenga 6700 bo mu turere […]
Umwuka mubi muri Kampala! Perezida Museveni yiyemeje gukoresha uburyo bwose bushoboka akayirinda
Perezida Museveni yiyemeje gukoresha uburyo bwose bushoboka harimo n’ubukakaye agakomeza guha Uganda umutekano nyuma y’uko hagaragaye ubwoba bw’uko abatavuga rumwe n’ubutegetsi bashobora guteza imyigaragambyo ikomeye, by’umwihariko muri Kampala, bamagana ibyavuye mu matora yo kuwa 18 Gashyantare 2016. “Ndi kuburira abo bakangisha gutwika umujyi kutazabigerageza, nk’uko nababwiye mbere. Uganda n’igihugu gifite amahoro. Hari amahoro mbere no […]
Transparency International yinjiye mu kibazo cy’uvuga ko ahohoterwa azira kuba yaramaganye ko itegeko nshinga rihindurwa
Transparency International iri gukora iperereza kw’ijujubya n’iyicarubozo ngo bikorerwa Umunyarwanda uvuga ko akomeje kugendwaho azira kuba atarashyigikiye ko Itegeko nshinga rivugururwa ngo perezida Kagame abashe kuziyamamariza indi manda. Kuri ubu Transparency International yahaye uyu muntu witwa Vitus Nshimiyimana abakozi bayo babiri bagomba kuba bari kumwe nawe igihe cyose bagenzura ijujubywa n’ihohoterwa ryose yakorerwa. Nk’uko bitangazwa […]
Umushumba wa Kiriziya Gaturika, yifatiwe ku gahanga na Donald Trump
Nyuma y’aho Papa Francis avugiye ko Donald Trump Atari umukirisitu, uyu nawe yamwikomye arangije yerura avuga ko Papa Francis ari umushizi w’isoni. Ubwo yaganiraga n’abanyamakuru Papa Francis yahamije ko akurikije ivangura Donald Trump bigaragara ko Atari umukirisitu. Ibi yabivuze nyuma y’uruzinduko amazemo iminsi mu gihugu cya Mexico. Aya magambo ya Papa Francis yahise aba gashozantambara […]
Perezida Kagame yakiriye itsinda ry’abagize Inteko Ishinga Amategeko ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika
Perezida wa repubulika, Paul Kagame, yakiriye muri Village Urugwiro itsinda ry’abasenateri n’abadepite batandatu bo mu Nteko Ishinga Amategeko ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika bakomoka mu ishyaka ry’aba Rebublicain. Perezida Kagame yaganiriye ibintu bitandukanye n’aba bagize itsinda ry’abadepite bo muri Amerika bari mu ruzinduko rw’akazi rw’iminsi 2 mu Rwanda nk’uko The New Times dukesha iyi […]
Michigan: Abantu 7 bishwe barashwe kuri iki Cyumweru n’umuntu ukiri gushakishwa
Byibuze abantu 7 nibo bitabye Imana barashwe n’umuntu utaramenyekana ahitwa Kalamazoo muri Michigan ho muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika kuri iki Cyumweru. Nk’uko bitangazwa na CNN, abantu bose hamwe 8 nibo barashwe barasirwa ahantu 3 hatandukanye, babiri bakaba bakomeretse harimo umwe wakomeretse bikabije. Kurasa kwa mbere kwabaye ubwo ngo umugore yaraswaga inshuro 4 arasiwe […]
Banque nkuru yagiye gukoresha inoti mu Budage bayipfunyikiramo umurambo
Indege ishinzwe gutwara imizigo muri Afurika yamaze icyumweru yarabujijwe kugwa muri Afurika y’epfo izererera muri Zimbabwe nyuma y’aho bimenyekaniye ko muri toni 67 z’inoti zari zatumijwe na Banko nkuru y’igihugu hiyongereyemo umurambo w’umuntu utaramenyekanye. Mu ijoro ryo kuwa gatanu rishyira kuwa gatandatu nibwo iyo ndege yemerewe kugwa muri Afurika y’epfo ariko umurambo warimo ntiwamenyekana. Ku […]
Pozisiyo (position) nziza yafasha umugabo gutera umugore we inda mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina
Hari abantu batekereza ko ngo hariho position mu buriri ishobora gutuma umugore asama vuba mu gihe haterwa akabariro bikaba byanatuma bamwe basenya mu gihe umwe muri bo byamunaniye. Ibi byavumbuwe nyuma y’ibibazo byibazwaga na benshi harimo ndetse n’ikindi kibazo cyo kwibaza niba indunduro y’ibyishimo (orgasme) mu mibonano mpuzabitsina hari icyo yaba imaze kuri iyo ngingo. […]
Amafoto: Ku nshuro ya 2 Abarundi bongeye kubyukira mu myigaragambyo yo kwamagana u Rwanda
Kuri uyu wa Gatandatu mu gitondo mbere y’uko hatangira ibikorwa by’umuganda, Abarundi bongeye kuramukira ku nshuro ya kabiri mu myigaragambyo yo kwamagana perezida w’u Rwanda, Paul Kagame bakomeje gushinja kugira uruhare mu guhungabanya umutekano w’u Burundi. Abarundi bashinja u Rwanda gucumbikira abashatse guhirika ubutegetsi bwa perezida Pierre Nkurunziza muri Gicurasi umwaka ushize, ndetse ngo no […]
Umugaba mukuru w’ingabo za Uganda, Gen Katumba yagize icyo avuga ku ifungwa rye ryahwihwiswaga
Mu gihe amakuru yacicikanaga mu binyamakuru ko umugaba mukuru w’ingabo za Uganda(UPDF), Gen Eduard Katumba yatawe muri yombi agafungwa muri iyi nkubiri y’amatora ari mu gihugu, yanyomoje avuga ko ari ibihuha. Amakuru yacicikanaga mu binyamakuru avuga ko Gen Edward Katumba yatawe muri yombi akajyanwa gufungirwa muri gereza ya gisirikare y’i Makindye (Makindye Military Police prison) […]
Abanyeshuri hafi 95% b’Abanyarwanda biga mu mahanga batahana amanota meza — Ambasaderi Ernest Rwamucyo
Hafi 95% ry’abanyeshuri b’Abanyarwanda bajya gukomereza amasomo yabo mu mahanga bahabwa buruse n’igihugu cyabo kandi hafi ya buri wese agarukana amanota ashimishije nk’uko byemezwa na Ambasaderi Ernest Rwamucyo uhagarariye u Rwanda mu Buhinde. Ibi Rwamucyo akaba yabitangaje nyuma y’impanuka y’imodoka iherutse kugirwamo uruhare n’Abanyafurika ahitwa Hesaraghatta, asobanura ko usibye ibyaha bashinjwa birimo no kurenza igihe […]
Polisi y’u Rwanda irashima uruhare rw’abaturage mu gukumira ibyaha no gutanga amakuru
Polisi y’u Rwanda irashimira abaturage kubera ubufatanye bwabo mu kuyigezaho amakuru, ku buryo aribyo byatumye hafatwa abanyabyaha banyuranye. Uku kubashimira byakozwe n’umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda Assistant Commissioner of Police (ACP) Celestin Twahirwa, ubwo yagiraga icyo avuga ku bantu batandukanye bafatiwe mu bikorwa byo gucuruza ibiyobyabwenge mu minsi ishize. Yagize ati:” abaturage bagaragaje uruhare runini […]
Perezida Kagame yagaye abahaye u Burundi inama yo gushotora u Rwanda
Perezida Kagame abinyujije kuri Twitter ye yagaye abagiriye inama abategetsi b’u Burundi kwamagana u Rwanda ndetse anahamya ko ibyo u Burundi buri gukora ari ubushotoranyi kandi ko u Rwanda rudateze kuzivanga muri ubwo bushotoranyi. Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 20 Gashyantare 2016 abinyujije ku rubuga nkoranyambaga rwa Twitter Perezida Kagame yagize icyo avuga ku […]
Ku nshuro ya 5 Perezida Museveni yongeye gutorerwa kuyobora Uganda
Ku majwi 60 ,75 yongeye gutuma Perezida Yoweli Kaguta Museveni yongera kuyobora Uganda indi manda y’imyaka 5 nk’uko byemejwe na komisiyo ishinzwe gutegura amatora muri Uganda. Komisiyo y’amatora muri Uganda yaraye yemeje bwa nyuma ko Kaguta Yoweri Museveni ariwe watsinze amatora yabaye muri iki gihugu yo guhatanira umwanya w’umukuru w’igihugu, Perezida Museveni yatsinze ku bwiganze […]
Urutonde rw’abayobozi 15 barimo n’abatavuga rumwe na Leta y’u Burundi yahanaguyeho ibyaha bataburanye
Mu gihe hari abashinjwa kugira uruhare mu bibazo by’ubwicanyi ndetse n’umutekano muke mu gihugu cy’u Burundi, kuri ubu umushinjacyaha mukuru wa Repubulika y’u Burundi yakuyeho impapuro mpuzamahanga( Mandats d’arrĂ ÂŞts internationaux) ) zasabaga itabwa muri yombi ry’abayobozi barimo n’abayoboye imitwe n’imiryango itavuga rumwe na Leta y’u Burundi. Uru rutonde rwashyizwe hanze ku wa Gatanu tariki ya […]
Ngororero: Abayobozi b'ibigo by'amashuri basabwe kugira uruhare mu gukumira ibyaha
​Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Ngororero tariki ya 17 Gashyantare yagiranye inama n’abayobozi b’ibigo by’amashuri y’uburezi bw’ibanze bw’imyaka 9 na 12. Abo bayobozi bagera ku 105 bashishikarijwe kugira uruhare mu gukumira ibyaha haba ku mashuri yabo, aho batuye ndetse n’ahandi hose. Umuyobozi wa Polisi y’u Rwanda mu karere ka Ngororero Senior Superintendent (SSP) […]
Dore Impamvu 8 Zishobora Gutuma Umugore wawe Atanyara mu gihe cy'Imibonano
Ibyishimo bibonerwa mu mibonano ku bagore hirya no hino kw’isi ntibyakunze kwitabwaho kugeza mu 1950 aho abashakashatsi batangiye kubitekerezaho ari benshi. Ndetse wagiye usanga mu mico imwe n’imwe na n’ubu bagica abagore umwe mu myanya ndangagitsina yabo ibafasha kwishima ku buryo bwihuse mu gihe cyo gutera urubariro ngo batazavaho baca inyuma abagabo babo. Mu Rwanda […]
Chorale Ababwirizabutumwa igiye gushyira ku mugaragaro Album DVD ya 3
Chorale Ababwirizabutumwa ikorera mu itorero ry’Abadivantisite b’umunsi wa 7 ku Muhima igiye kumurika Album yayo DVD ya 3 ndetse kuri uwo munsi izanamurika Album Audio 3 zikaba Album 6 z’amajwi. Ababwirizabutumwa imaze imyaka igera kuri 31 kuko yavutse mu mwaka 1985 Ikorera mu itorero rya Adventiste b’umunsi wa karindwi rya Muhima iyi Chorale ikaba imaze […]
Nina Mirembe yagaragaye yambaye ikariso igaragaza imiterere y’igitsina cye- AMAFOTO
Umunyamideri Nina Mirembe ukomoka muri Uganda aherutse kugaragaza amafoto yambaye ikariso igaragaza uko igitsina cye kingana ari nako ayanyanyagiza ku mbuga nkoranyambaga. Ibyo yabikoze abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram aho yohereje uruhurirane rw’amafoto ku nshuti ze ndetse no kubitangazamakuru bitandukanye, haba ayo yifotoje vuba ndetse n’ayo mu minsi yashize, gusa ntibyavuzweho rumwe n’ababonye uburyo […]
Umuryango wa Maner na Chanira bari mu bihe byiza by'urukundo aho bitegura kwakira umwana w'umuhungu
Maniraguha Eric bakunze kwita MANERI kuri 02/08/2015 kuri ADEPR Kicukiro Shell I sacyenda nibwo yambikanye impeta y’urudashira na Uwizera Chantal (CHANIRA) byari ibyishimo bikomeye kuri Maneri ndetse na Chanira nk’uko babidutangariza, kuri ubu rero bakaba bari mubihe byiza aho bategereje umwana w’umuhungu Ikiganiro twagiranye na Maneri Umunyamakuru : Watangira utwibwira Maneri: Nitwa Maniraguha Eric Maneri […]
Abadepite b’Abafaransa barifuza kwifatanya n’Abanyarwanda mu Kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi
Abadepite 43 b’u Bufaransa batangaje ko bifuza kuza kwifatanya n’Abanyarwanda mu gihe cyo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi ku nshuro ya 22. Nkuko Kigalitoday ibitangaza ngo nuko Abo badepite bandikiye Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’igihugu cyabo, Jean-Marc Ayrault, ibaruwa imusaba kohereza itsinda ryo kwifatanya n’Abanyarwanda kwibuka ku nshuro ya 22 Jenoside yakorewe Abatutsi mu rwego rwo gutangira […]
Abapolisi 20 bagiye kwererekeza mu butumwa bw’amahoro muri Centrafrika
​Abapolisi b’u Rwanda 20 bazajya mu butumwa bwo kugarura amahoro no kubungabunga umutekano mu gihugu cya Centrafrika (MINUSCA) tariki ya 21 Gashyantare.. Kuwa kane tariki 18 Gashyantare 2016, nibwo bahawe impanuro zizabafasha kuzuza neza inshingano zabo n’Umuyobozi mukuru wa Polisi y’u Rwanda, IGP Emmnauel K. Gasana. Aganira nabo yabagiriye inama nyinshi z’uko bazitwara mu gihe […]
Nyuma yo kubyimba ukuguru kugeza ubwo kungana n’icyana cy’inzovu,yizeye gukira-AMAFOTO
Arun Rajasingh ukomoka mu gihugu cy’ubuhinde yemeza ko afite ikizere cyo gukira , nyuma yaho avukanye imisemburo mike bikamukurizamo kubyimba ukuguru kugeza ubwo gupima ibiro bingana n’icyana cy’inzovu Uyu mugabo w’imyaka 34 y’amavuko ngo yavutse abura imisemburo imwe n’imwe bikurizamo ko ukuguru kwe kubyimba kugera aho gupima ibiro 100 nk’iby’ibyicyana cy’inzovu gipima. Abaganga bo mu […]
U Burundi mu nzira yo kugarura igihano cy'Urupfu
Aba ministre batatu aribo uw’umutekano, uw’ingabo n’uwububanyi n’amahanga bahaswe ibibazo bitandukanye n’inteko ishinga amategeko birebana na za minisitere bayobora, icyo kiganira kikaba cyaranyuraga kuri radio na televiziyo by’Uburundi. Ministre w’Ingabo mu bibazo yasubize harimo nicyo bagomba gukora kugira ngo abasirikare batazongera gushaka kugera ku butegetsi bakoresheje kudeta, ari imbere y’abagize inteko ishinga amategeko yavuze ko […]