Ubwoba ni bwose ku bayoboraga Uturere bibaza aho bazakura imbehe yo kuyobora-Dore urutonde

Nyuma y’aho bamwe mu ba Meya b’Uturere batangarijwe ko bacutse ku ibere kandi ko rigomba guhabwa abandi,ubwoba ni bwose bibaza aho bagomba kwerekeza nyuma yo gukurwa k’umugati. Mu cyumweru gitaha nibwo hazamenyekana abayobozi bashaya bagomba kuyobora uturere ndetse na visi Meya ibi bikaba bikomeje gutuma igitima kidiha kuri bamwe bibabaza aho bazerekeza nyuma yiki cyumweru. […]

Nyuma yo kwirukanwa muri Chelsea Mournho yemeza ko adakeneye ikipe atoza ahubwo arizo zimwiruka inyuma

Uwahoze atoza ikipe ya Chelsea Jose Mournho nyuma akaza kwirukanwa mu mpera z’umwaka wa 2015 nyuma yaho agiye atsindwa by’ahato na hato, bikaba byaranabaye intandaro yo kuza mu myanya y’inyuma mu irushanwa rya Premier League, ubu noneho aremeza ko atirirwa yiruka ashakisha ikipe atoza,ahubwo ngo nizo zirirwa zimwiruka inyuma ngo azibere umutoza. Uyu mugabo w’imyaka […]

CNDD/FDD irihanangiriza aba Perezida Batatu bari kudobya u Burundi

Ishyaka riri ku butegetsi mu Burundi ryemeza ko hari agatsiko k’abantu bakomeza kwigira abere bashaka kwihanaguraho ibyaha by’ijyanye n’ubwicani bushingiye ku bwoko bakoze bagashaka kubigereka ku ishyaka riri ku butegetsi. Umuvugizi wa CNDD/FDD aragaruka kuri bamwe cyane cyane abigeze kuyobora igihugu akaba aribo; Petero Buyoya, Johani Batisita Bagaza na Mikayile Micombero. Abatavuga rumwe na leta […]

Ngirabatware Jean Pierre yafatanwe kashe 38 n’indangamanota 25 z’ibigo by’amashuri atandukanye

​Polisi y’u Rwanda mu karere ka Rusizi , ku itariki 17 Gashyantare, yafatanye Ngirabatware Jean Pierre kashe 38 n’indangamanota 25 by’ibigo by’amashuri atandukanye na kashe eshatu z’umujyanama w’aka karere mu bijyanye n’amategeko. Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda mu ntara y’uburengerazuba, Superintendent of Police (SP) Emmanuel Hitayezu yavuze ko ziriya kashe n’indangamanota byasanzwe mu nzu ye […]

Intambara y'amagambo,Umuherwe Zari arashinja Wema Sepetu Gutwita baringa

Umuherwe Zari ukomoka muri Uganda ubu akaba abana n’icyamamare Diamond Platinumz nk’umugore n’umugabo akaba yaranamubyariye umwana,mu gihe Wema Sepetu bahoze bari mu rukundo kuri uyu wa gatatu taliki 17 Gashyantare aribwo hatangajwe ko Sepetu yakuyemo inda y’impanga bikaba byatumye Zari amushinja ko ataratwite ahubwo ari Cinema yakinaga. Nyuma yaho Idrissa Sultan wari wateye inda uyu […]

Abaminisitiri 16 hamwe n’uw’ingabo bambuwe imyanya yabo muri guverinoma

Nyuma yuko amajwi y’amatora agaragaje by’agateganyo kuri uyu wa kane ko batsinzwe mu nteko ishinga amategeko, abaminisitiri 17 bamaze kubura imyanya baribasanganywe muri guvernema Guvernema ya Uganda igena umuntu kuba minisitiri ari uko yamaze kwemererwa kujya mu nteko ishinga amategeko . Dr. Crispus Kiyonga wayoboraga Minisiteri y’Ingabo, wanayoboye ibiganiro byo kunga impande zihanganye mu Burundi […]

Fidele Ndayisaba ntakiri umuyobozi w'umujyi wa Kigali,abandi bahindurirwa imyanya

Inama y’Abaminisitiri yari iyobowe na Perezida Paul Kagame yahaye Fidele Ndayisa indi mirimo,kimwe n’uwari umuyobozi w’ibiro bya Minisitiri w’intebe nawe wahawe kuba umunyamabanga uhoraho muri Minisiteri Ishinzwe imirimo y’Inama y’abaminisitiri. uwari usanzwe ari Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali, yamaze guhabwa imirimo mishya yo kuba Umunyamabanga Nshingwabikorwa wa Komisiyo y”ubumwe n’Ubwiyunge, aho asimbuye kuri uyu mwanya Dr. […]

Urunturuntu hagati ya Raina Loof na Hormisdas Twagirumukiza

Haravugwa umwuka mubi hagati y’abayobozi b’ibigo by’amashuri 2 biri mu karere ka Muhanga ariyo ahazaza Independent na Ecole Saint Andre. Umuyobozi wa AHAZAZA Indepent School, Raina Loof ngo yaba yaratunguwe n’amagambo yumvanye ababyeyi barerera muri icyo kigo bavuga ko ishuli ryaba rigiye gufunga imiryango , bityo ngo akaba akeka ko byaba byaravuzwe n’umuyobozi wa Ecole […]

Abapolisi bo mu mutwe udasanzwe ushinzwe gutabara aho rukomeye basoje imyitozo

​Abapolisi b’u Rwanda 186 bo mu mutwe wayo udasanzwe ushinzwe gutabara aho rukomeye, ku itariki ya 18 Gashyantare, basoje amahugurwa y’icyumweru,akaba yari agamije kubongerera ubumenyi mu gucunga umutekano w’ahakorerwa ibikorwa bitandukanye. Aya mahugurwa yabereye mu ishuri rya Polisi y’u Rwanda rya Mayange mu karere ka Bugesera. Umuyobozi mukuru wa Polisi y’u Rwanda IGP Emmanuel K. […]

Itangazo ry'Ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri yateranye muri Village Urugwiro

Ku wa Gatanu, tariki ya 19 Gashyantare 2016, Inama y’Abaminisitiri idasanzwe yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul KAGAME. Inama y’Abaminisitiri yashimye uburyo amatora y’Inzego z’Ibanze yabaye kuwa 18 Gashyantare 2016 yagenze neza, inashishikariza Abanyarwanda kuzitabira amatora y’Abajyanama Rusange n’Abakandida b’Abagore ateganyijwe ku itariki ya 22 Gashyantare 2016.   Inama y’Abaminisitiri […]

Burundi : Umuturage yihanukiriye atuka Abategetsi b’u Burundi ko ari abarwayi bo mu mutwe

Marigarita Barankitse yifashe ku gahanga atuka abategetsi b’u Burundi avuga ko ari abarwayi bo mu mutwe. Ibi bibaye nyuma leta y’u Burundi ifatiye icyemezo cyo gufunga ibitaro bye n’amakonte y’ibitaro. Nyuma y’uko amakonte y’ibitaro bya Rema biherereye mu ntara ya Ruyigi ndetse ibi bitaro bigasenywa n’abakozi ba leta bakabisahura noneho leta yafashe icyemezo cyo kwegukana […]

Igipolisi cya Nigeria cyabyutse kigose inzu y’abahanzi bagize P Square

Inzu y’akataraboneka y’abahanzi bagize itsinda rya P Square mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, tariki 19 Gashyantare, igipolisi cya Nigeria cyazindutse kiyigose ku mpamvu zitaramenyekana. Urubuga rwa internet, Dasort.com, rwo muri Nigeria ruravuga ko hataramenyekana impamvu igipolisi cyabyutse kigose iyi nyubako y’aba bahanzi, ariko ngo amakuru yari ari guhwihwiswa nuko aba bahanzi ngo bashobora […]

Umuhanzi Ray C yikomye abamushinja kongera kwishora mu biyobyabwenge

Mu cyumweru gishize nibwo inkuru zacicikanaga mu binyamakuru bitandukanye byo muri Tanzaniya ko umuhanzikazi Ray C yaba yarasubiye ku biyobyabwenge, uyu muhanzi yahakanye ibyamutangajweho avuga ko ari ukumuharabika. Ray C aranega cyane ibinyamakuru byamwanditseho inkuru bivuga ko yongeye gufata ibiyobyabwenge kandi byari byaramugize imbata nyuma akagira amahirwe yo kubireka. Ku bwe, ashinja ibi binyamakuru kumubeshyera […]

Kampala: Abayobozi ba FDC bose barimo Kiiza Besigye batawe muri yombi

Dr Kizza Besigye, Gen Mugisha Muntu, perezida wa FDC , Chairman Wasswa Biriggwa ndetse na Ingrid Turinawe, impiriombanyi y’iri shyaka, batawe muri yombi na polisi ibasanze mu nama ku cyicaro cy’ishyaka . Aba bayobozi bakuru b’ishyaka biravugwa ko bajyanwe ahantu hatazwi mu gihe igipolisi cyafunze umuhanda wa Entebbe, aho iki cyicaro cy’iri shyaka giherereye. Mu […]

Abanyeshuri 855 basobanuriwe ububi bw’ibiyobyabwenge

Ku itariki 17 Gashyantare, Polisi y’u Rwanda mu turere twa Ruhango na Nyabihu yagiranye ibiganiro n’abanyeshuri 855 bo mu bigo bibiri byo muri utu turere ibabwira ubwoko bw’ibiyobyabwenge, ingaruka mbi zabyo, uburyo babyirinda, n’uruhare rwabo mu kubirwanya. Mu karere ka Ruhango higishijwe abanyeshuri 217 bo mu Rwunge rw’amashuri rwa Nyamagana ruherereye mu murenge wa Ruhango, […]

Leta yategetse abagabo kurongora byibuze abagore babiri ababyanze bagafungwa burundu

Leta ya Eritrea yatangaje ko abagabo bategetswe gushaka abagore barenze umwe kubera ikibazo cy’abagabo bake bari mu gihugu, utabikurikije agafungwa ubuzima bwe bwose. Ibi byagaragaye mu itegeko rikuru muri iki gihugu (Grand Mufti). Bimwe mu bice byaryo byasakaye ku mbuga nkoranyambaga kuwa Gatatu w’icyumweru gishize. Iyi nyandiko isaba abagabo bose gushaka nibura abagore babiri na […]

Uganda: Umukandida Abed Bwanika yatawe muri yombi ashaka guhunga igihugu

Umukandida mu matora ya perezida wa repubulika ya Uganda, Abed Bwanika, yacakiriwe ku mupaka wa Uganda na Tanzania, aho bivugwa ko yageragezaga guhunga igihugu. Abed Bwanika wari uhanganye n’abandi bakandida barindwi mu matora ya perezida yabaye kuri uyu wa Kane tariki 18 gashyantare 2016, avugwaho kuba yatewe imboni n’abashinzwe umutekano ku mupaka wo mu mujyi […]

Gen. w’Umunyamerika akurikiranweho n’ubutabera bw’u Bufaransa ibyaha by’iyicarubozo no gufunga binyuranyije n’amategeko

Umucamanza wo mu Bufaransa yahamagaje uwahoze ari umuyobozi wa gereza ya Guantanamo, Gen (Rtd) Geoffrey Miller, w’Umunyamerika, ngo azitabe urukiko kuwa 01 Werurwe, ngo yisobanure ku byaha ashinjwa byo kurebera iyicarubozo nk’uko byatangajwe n’umwe mu batanze ikirego avugana na France24 kuri uyu wa Kane. Umunyamategeko, William Bourdon, wunganira Mourad Benchellali, wigeze gufungirwa muri iyi gereza […]

Ijambo ry’Imana: Ubutinganyi ni ikintu Imana ishobora gufatira ibyemezo bikakaye

Ubusanzwe mu buzima bwa muntu iyo umenyeranye n’inshuti yawe, umuturanyi cyangwa umuntu mukorana, ushobora gutekereza ikintu ari bukore bitewe n’ikintu kibaye, icyo yanga, icyo akunda ndetse nicyo ashobora kwihanganira. Abamenye Imana nabo bafite uko bayizi hakurikijwe amateka yayo. 1.Imana yanga Icyaha Imana yaremye umuntu ifite intego yuko agomba kuyubaha, imuha n’uburenganzira bwo kwimenyeraza isi n’ibiyirimo […]

Nyuma y’iminota 48 umupadiri w’umugaturika avuze ko Imana ari ingore yahise apfa

Umupadiri w’umugaturika muri Massachuesetts muri leta zunze ubumwe za Amerika yitabye Imana nyuma yo kugwa muri koma azira kuba yavuze ko Imna ari ingore . Padiri John Michael O’Neal w’imyaka 71 y’amavuko yavuze ijambo rikaze ryatumye abantu bakangarana aho yemeje ko Imana ari ingore kandi ko yizeye ko nagera mu ijuru Imana izamwakira nk’umubyeyi w’umugore […]

Guverinoma y’u Burundi ngo irifuza kuganira n’iy’u Rwanda bagahosha ibibazo biri hagati y’ibihugu byombi

Guverinoma y’u Burundi iravuga ko yifuza kugirana ibiganiro na guverinoma y’u Rwanda kugirango bashakire hamwe umuti w’ibibazo bimaze iminsi hagati y’ibihugu byombi nk’uko visi perezida w’u Burundi yabitangarije AFP kuri uyu wa Gatanu. “Guverinoma y’u Burundi irahamagarira u Rwanda kureka guhungabanya igihugu cyacu, kubw’ibyo ibiganiro hagati ya Bujumbura na Kigali kugirango dukemure ibyo tutumvikanaho birakenewe” […]

Intumwa za CARE International zashimye ibikorwa bya Isange One Stop Center

​Intumwa 11 zo mu muryango CARE International ziri mu ruzinduko rw’akazi mu gihugu cyacu, zirashima gahunda ndetse n’ibikorwa binyuranye bifasha mu gukemura ibibazo by’ihohoterwa rishingiye ku gitsina. Izi ntumwa zageze mu Rwanda tariki ya 14 Gashyantare zikaba zarashimye ibimaze kugerwaho mu kurwanya ihohoterwa rishingiye ku gitsina, ubwo zasuraga Isange One Stop center kuwa gatatu. Mu […]

Agathon Rwasa uvuga ko urupfu rumugera amajanja, yanyomoje Leta y’u Burundi ihakana ko itica abantu

Mu gihe bimaze iminsi bivugwa ko hari abantu benshi bashimutwa nyuma bakicwa imirambo yabo igatahurwa hirya no hino, umwe mu bayobozi bakomeye mu Burundi yabivanye kuri Leta abishyira ku bagizi ba nabi, Agathon Rwasa akaba yamunyomoje imbere y’imbaga. Minisitiri w’umutekano mu Burundi, Alain Guillaume Bunyoni ubwo yari imbere y’abadepite kuri uyu wa kane tariki ya […]

Perezida Zuma ari mu mazi abira

Perezida wa Afurika y’epfo, Jacob Zuma nyuma yo kuvugwaho ko yigwijeho umutungo wa leta ubwo yaguraga inzu ye, bamwe mu badepite batangiye kumusaba kwegura ku buyobozi mu gihe we ari gusaba abaturage kunga ubumwe ndetse no kuzamura ubukungu bw’igihugu bugeze aharindimuka. Ubwo yari mu nteko ishinga amategeko ku munsi w’ejo kuwa kane tariki ya 18 […]

Gatsibo: Abamotari biyemeje kuba abafatanyabikorwa mu kwicungira umutekano

Abatwara abagenzi kuri moto 67 bakorera mu murenge wa Kabarore, ho mu karere ka Gatsibo, bibumbiye muri CoopĂ©rative de Taxi Motos Cyangarama (COTAMOCYA) biyemeje kuba abafatanyabikorwa mu kwicungira umutekano. Uyu mwanzuro bawufashe ku itariki 16 Gashyantare mu nama bakoreye mu kagari ka Simbwa, ikaba yari igamije kwisuzuma no gufatira hamwe ingamba zatuma barushaho gukora neza […]

Uganda: Amatora yamaze kunengwa

Kuva ku munsi w’ejo tariki ya 18 Gashyantare 2016, mu gihugu cya Uganda hatangiye amatora ya Perezida n’abagize inteko ishinga amategeko. Aya matora ageze ku gice cyo gutangaza ibyayavuyemo indorerezi mpuzamahanga zatangiye kuyanenga zivuga ko yatangijwe nabi no kuba imbuga nkoranyambaga za internet zarahagaritswe. Ikindi kandi ngo abashinzwe gutoresha ngo bageze ku biro by’itora ariko […]

Ambasaderi Stanislas Kamanzi asanga u Rwanda rwabera urugero Nigeria mu guhangana n’ikibazo cya Boko Haram

Guverinoma ya Nigeria ikwiriye kwigira ku Rwanda uko rwakemuye ikibazo cy’umutekano mucye mu majyaruguru y’uburengerazuba bw’igihugu nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Ibi byatangajwe n’uhagarariye u Rwanda muri iki gihugu, Stanislas Kamanzi ubwo yavugaga ku mutwe w’iterabwoba wa Boko Haram ukomeje guhitana abantu batari bacye muri Nigeria. “Nigeria ishobora kurenga ibibazo byayo guverinoma ifashe […]

Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Tanzania asanga ibyo u Burundi bushinja u Rwanda ari ibihuha

Mu bintu bisa nk’ibyatunguranye, igihugu cya Tanzania cyavugiye u Rwanda ku mugaragaro ku birego bimaze iminsi rushinjwa bikomeje guteza umwuka mubi hagati y’ibihugu by’u Rwanda n’u Burundi. Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Tanzania, Augustine Mahiga wari uri mu ruzinduko rw’akazi mu Rwanda, yavuze ko ibyo u Rwanda rushinjwa byo gutoza impunzi z’Abarundi ngo zizajye guhirika perezida […]

Burundi: Minisitiri w’ingabo araburira abasirikare bagitekereza guhirika ubutegetsi ababwira ko bacira kuko birura

Abaminisitiri batatu barebwa n’ibibazo bimaze iminsi byibasiye igihugu cy’u Burundi, barimo uw’ingabo, uw’ububanyi n’amahanga n’uw’umutekano, kuri uyu wa Kane tariki 18 Gashyantare bitabye Inteko Ishinga Amategeko bahatwa ibibazo bitandukanye bireba minisiteri bayoboye. Minisitiri w’umutekano w’u Burundi, Alain Guillaume Bunyoni yavuze ko mu mwaka wa 2015 hafashwe imbunda nini 22, imbunda zisanzwe 643, imbunda nto za […]

Ibintu 3 byatuma uhorana amenyo y’urwererane

Mu gihe abantu benshi bibaza icyo bakora kugirango barengere amenyo yabo yahindanye kandi badasiba kuyoza. Bakabona hari ibara rigenda riza ku menyo yabo, urubuga, www.bwiza.com, nyuma yo kuganira n’abaganga banyuranye ndetse no gusoma ibitabo binyuranye by’ubuzima, yabazaniye igisubizo, hari icyo wakora amenyo yawe agasubirana ibara ryayo ry’umwimerere, ibara ry’umweru. Menya n’ibi. Usanzwe ukoresha umuti w’amenyo […]

Amahano: Umugore agiye gushakana n’umwana we

Nyuma y’aho apfakariye kandi akaba adashaka kurongorwa n’abavandimwe b’uwahoze ari umugabo we, Betty Mbereko wyafashe icyemezo cyo kuzashyingiranwa n’umwana we yibyariye w’imyaka 23. Betty Mbereko ni umugore wemeje ko ari mu rukundo n’umwana we w’umuhungu kandi ko bari hafi yo gukora ubukwe Nyuma yo kuba anatwite inda y’amezi atandatu y’uyu muhungu we! Uyu mugore wo […]

Kuvunika kwa Rooney gushobora gusiga umutoza Louis Van Gaal mu manzaganya

Icyamamare mu mupira w’amaguru Wayne Rooney ukomoka mu Bwongereza mu gihe bivugwa ko uyu musore atazongera kugaragara mu kibuga mbere y’ibyumweru 6, nyuma yo kuvunika mu mukino wahuje Manchester United na Sunderland mu mpera z’icyumweru gishize, ibi ngo bishobora gusiga umutoza Van Gaal mu manzaganya. Umutoza Van Gaal avuga ko Kapiteni Rooney n’ubwo bwose yavunitse […]

Umupadiri uzwi muri Nigeria yafashwe asambanya umugore w’abandi

Umugabo wo mu gihugu cya Nigeria yakubiswe n’inkuba ubwo yasangaga umupadiri uzwi muri Nigeria amusambanyiriza umugore mu cyumba cyo mu nzu yabo. Vitalis Okere wo mu mujyi wa Lagos avuga ko yatashye kare avuye ku kazi umunsi umwe mu cyumweru gishize, agasanga umupadiri witwa Victor ari gusambana n’umugore we witwa Chidinma. Uyu muryango usanzwe ufitanye […]

Burundi :Uwateye Grenade muri Gare du Nord yatawe muri yombi

Umuturage wateye grenade muri gare izwi nka gare du nord yahise atabwa muri yombi n ’ abaturage ubwo yashakaga gutoroka. Iyi grenade yatewe umwe mu bakozi ba Sena y ’ u Burundi wigeze kuba umunyamakuru wa RPA ariko ntiyamufata ahubwo ikomeretsa abari mu modoka ye. Mu masaha ya mu gitondo cyo kuri uyu wa gatatu […]

Abanyeshuri 89.2% barangije amashuri yisumbuye nibo batsinze ikizamini cya leta

Amanota y’abanyeshuri barangije amashuri yisumbuye mu 2015 yashyizwe ahagaragara kuri uyu wa Kane na Minisiteri y’uburezi aragaragaza ko abanyeshuri 89.2% bangana n’60,455 mu banyeshuri 67,709 bakoze ikizamini, ari bo batsinze. Bwana Olivier Rwamukwaya, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Uburezi Ushinzwe Amashuri Abanza n’ayisumbuye, yasobanuye ko muri abo banyeshuri bakoze ibizamini bari mu byiciro bitatu: Icy’bakoze […]

Uganda: Abantu 80 bamaze gutabwa muri yombi bazira ibyaha bifitanye isano n’amatora

Abantu bagera kuri 80 mu gihugu cya Uganda bamaze gutabwa muri yombi n’igipolisi bazira ibyaha bifitanye isano n’amatora ya perezida yatangiye kuri uyu wa Kane tariki 18 Gashyantare 2016, ibyaha birimo n’ibyo kugerageza guha ruswa abatora. Abakekwa batawe muri yombi mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane basanzwe mu busitani bwa Bamukade buherereye ahitwa Kireka […]

Umuzimu wa Steven Kanumba ngo waba umereye nabi Ray Kigosi

Nyuma y’imyaka irenga 4 umukinnyi wa filimi wamamaye mu gihugu cya Tanzania, Steven Kanumba yitabye Imana, na n’ubu abakunzi ba filimi muri Tanzania n’abari abafana be baracyaha agaciro ibyo yasize akoze. Ibi bikaba bituma aba bakunzi ba Kanumba bavuga ko uwo basaga nk’abari ku rugero rumwe, Ray Kigosi, yananiwe kurenza aho Kanumba yari agejeje sinema […]

USA: intambara yo guterana amagambo irarimbanyije hagati yaTrump na Obama

Perezida Obama yanenze Donald Trump kuba nta bushobozi afite bwo kuyobora Amerika ari nayo mpamvu atazapfa atowe ku mwanya wo kuyobora iki gihugu cy’igihangange. Hagati aho Trump nawe yanze kuripfana ahita asubiza Perezida Obama ko ababajwe no kuba yanenzwe na Perezida udashoboye w’umunebwe. Prezida wa Amerika Barack Obama yavuze ko azi neza ko Donald Trump, […]

Khloe Kardashian yivuyemo avuga ko asakuza iyo arimo gukora imibonano mpuzabitsina

Icyamamare Khloe Kardashian umenyerewe mu bijyanye no kumurika imideli akaba ari na murumuna wa Kim Kardashian umugore wa Kanye West yahishuye ukuri kwe yemeza ko iyo akora imibonano mpuzabitsina avuza induru bitewe n’umunezero abonera muri icyo gikorwa. Nk’uko bitangazwa n’ikinyamakuru Dailymail dukesha iyi nkuru, uyu mugore w’imyaka 31 y’amavuko ngo abona ko umugore udasakuza ari […]

Uwari Gitifu wa GMO yitabye Imana

Niwemfura Aquiline usanzwe ari umunyamabanga Nshingwabikorwa w’urwego rushinzwe kugenzura iyubahirizwa ry’uburinganire n’ubwuzuzanye mu Rwanda ( Gender Monitoring office — GMO) yaraye yitabye Imana azize indwara. Urubuga rwa Twitter rwa GMO ruremeza aya makuru rukavuga ko nyakwigendera asanzwe ari umunyamurava kandi ko bazahora bamwibuka. Niwemfura yitabye imana ku wa Kabiri tariki ya 16 Gashyantare 2016, azize […]

Nyakwigendera Boutros Ghali yaba yaragize uruhare mu guha intwaro ubutegetsi bwakoze jenoside

Nyakwigendera Boutros Boutros – Ghali wari UMunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye mu gihe cya Jenoside, akaba aherutse kwitaba Imana, ngo yaba yaragize uruhare rukomeye mu guha intwaro ubutegetsi bwashyize mu bikorwa Jenoside Yakorewe Abatutsi mu 1994. Ubwo yari akiri minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Misiri, Boutros-Ghali yoroheje amasezerano yo guha u Rwanda ibikoresho bya gisirikare mu 1990, […]

Uganda: Abagande basaga miliyoni 15 bazinduwe no kwitorera perezida

Miliyoni 15,277,196 z’abiyandikishije nk’abazatora umukuru w’igihugu muri Uganda kuri uyu wa kane tariki 18 Gashyantare baramukiye ku biro by’itora bigera ku 28,010 hirya no hino mu gihugu, aho guhera ku isaha ya saa moya za mugitondo batangiye gutora bikarangira saa kumi z’umugoroba nk’uko tubikesha Daily Monitor. Abakandida 8 nibo bahatanira kuyobora Uganda, aho kimwe cya […]

Buhorobuhoro uzamura ukamuanura, ni uburyo bworoshye umugabo utazi kunyaza yakoresha umugore akanyara neza

Abagabo benshi bakunda kuvuga ngo hari abagore batanyara kandi atariko bimeze ahubwo akaba ari abagabo batazi gutunganya neza abo bagore. Hifashishijwe abashakashatsi ndetse n’impuguke mu bujyanye n’imibonano mpuzabitsina bavugako hari uburyo umugabo yanyaza umugore we bitamugoye. Umugabo uri kunyaza arinda igitsina cye kugwa, ndetse akamenya neza igihe umugore we arangiriza kuko bifasha kumenya nawe ukuntu […]

Polisi iributsa kurinda no kurwanya ihohoterwa rikorerwa abana nyuma y'aho umubyeyi abyaye akajugunya umwana

Yitwa umwana, umuntu wese utarengeje imyaka 18 y’amavuko. Mu burenganzira bwe harimo ubwo kubaho, kwiga, kwandikishwa avutse, kandi bigakorwa ku gihe, kuvuzwa, kumenya ababyeyi be, kurindwa ivangurwa, gushimutwa no gucuruzwa, kugaragaza igitekerezo, n’uburenganzira bwo kuruhuka ndetse no kwidagadura. Nubwo Polisi y’u Rwanda idahwema gukangurira abaturarwanda kubahiriza uburenganzira bw’abana, hari ababirengaho bakabakorera ihohoterwa ritandukanye. Urugero ni […]

Inkima yivuganye inzoka ibanje kuyikura amenyo- REBA AMAFOTO

Nk’uko bimenyerewe ko ibikururanda bikunze kuba bitinyitse, gusa si ko bimeze mu gihugu cya Namibia aho muri Pariki ya Etosha inkima yihereranye inzoka irayica ariko ibanje kuyikura amanyo. Nk’uko bitangazwa na Dailymail, ibyo byabereye mu gihugu cya Namibia aho inkima yaje yegera inzoka yari iri mu giti gahoro gahoro iyijya ku mugongo, mu gihe inzoka […]

Ingabo za EASF zirimo n’iz’u Rwanda ziteguye kwifatanya n’iza AU zikajya gutabara u Burundi

Mu gihe Leta y’u Burundi ivuga ko idakeneye ingabo za UA (union Africain) zo kujya guhagarikayo ubwicanyi bwa hato na hato bukomeje kugaragara mu duce dutandukanye, ubuyobozi bw’ingabo za EASF (The Eastern African Standby Force) zirimo n’iz’u Rwanda bwatangaje ko bwiteguye kwifatanya n’iza UA mu kujya gutabara abarundi mu gihe Leta yabo izaba yabyifuje. Umuyobozi […]

Kampala: Igisasu cyaturikiye hafi y’ishuri gihitana umwana umwe abandi 8 barakomereka

Umwana w’umuhungu w’imyaka 12 witwa Sam Lukemba, kuri uyu wa Gatatu yakomerekejwe bikomeye n’igisasu bimuviramo gupfa ubwo yari ku kibuga cy’imikino cya Mengo imbere ya Lubiri Palace muri Kampala, bikaba bikekwa ko icyo gisasu cyari gitabye nk’uko bitangazwa n’igipolisi mu itangazo cyashyize ahagaragara. Ibi bintu bikaba byabaye bucya Abagande bajya mu matora ya perezida kuri […]

U Burundi na Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo byahagurukiye rimwe bijya kurega u Rwanda muri Loni

Ibihugu by’u Burundi na Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo byasabye Akanama k’Umutekano k’Umuryango w’Abibumbye gukurikirana u Rwanda, birushinja gutoza Abarundi igisirikare ngo bajye guhungabanya umutekano nk’uko ibaruwa yashyikirijwe aka kanama kuri uyu wa Gatatu ivuga. Ambasaderi w’u Burundi muri Loni, Albert Shingiro, yasabye ko hahita hatumizwa n’inama y’igitaraganya y’aka kanama hagafatwa ingamba zikwiye kugirango leta […]

Abadepite bagiye kujya bagenzura amashuri makuru na za kaminuza

Ibisobanuro bya Minisitiri w’Uburezi, Dr.Papias Malimba byatumye Abadepite Komisiyo ishinzwe uburezi n’ikoranabuhanga mu Nteko Ishinga Amategeko biyemeza kugenzura amashuri makuru na Kaminuza, ngo hatazagira abongera kubwirwa ko batize amasomo yose kandi barahawe impamyabumenyi. Ibyo abo Badepite babivuze kuri uyu wa Gatatu tariki ya 17 Gashyantare, ubwo Minisitiri w’Uburezi yari yaje gusobanura ikibazo cy’abanyeshuri barangije mu […]

Police FC yatsinze Espoir 3-1

Kuri uyu wa gatatu taliki ya 17 Gashyantare 2016, ku kibuga cy’imikino cya Kicukiro habereye umukino wo ku munsi wa cumi n’umwe wa shampiyona y’umupira w’amaguru mu Rwanda. Uyu mukino wahuje Police FC na Espoir. Uyu mukino wari ishiraniro ku mpande zombi, ukaba watangiye ikipe ya Police FC irusha Espoir cyane cyane mu bakinnyi bo […]

Abatwara ibinyabiziga bibukijwe kubahiriza amategeko y’umuhanda

Polisi y’u Rwanda iributsa abatwara ibinyabiziga n’abandi bakoresha umuhanda kubahiriza amabwiriza n’amategeko ajyanye no kugenda mu muhanda no kuwutwaramo ibinyabiziga. Superintendent of Police (SP) Jean Marie Vianney Ndushabandi,Umuvugizi w’Ishami rya Polisi y’u Rwanda rishinzwe kubungabunga umutekano wo mu muhanda yabivuze ku itariki ya 16 Gashyantare 2016, nyuma y’uko habayeho impanuka 6 mu gihugu hose tariki […]

Cristiano Ronaldo yagize icyo avuga ku ikipe FC Barcelona irimo Messi, Neymara na Swarez

Icyamamare mu mupira w’amaguru christiano Ronaldo kuri uyu wa kabiri taliki ya 16 Gashyantare 2016, nibwo yagiranye ikiganiro n’abanyamakuru aherekejwe n’umutoza we, abajijwe uko abona ikipe ya FC Barcelona ikomeje kwesa agahigo, asubiza ko azi ikibitera. Uyu musore ukomoka mu gihugu cya Portugal abajijwe uko abona ubufatanye hagati ya Lionel Messi,Suarez, na Neymar niba bitaba […]

Bitunguranye Wema Sepetu wahoze akundana na Diamond yakuyemo inda

Wema Sepetu wahoze akundana n’icyamamare Diamond ukomoka muri Tanzaniya yamaze gukuramo inda y’impanga, nyuma y’aho aboneye umukunzi mushya Idrissa Sultan byemezwaga ko ari nawe wari wanayimuteye. Nk’uko ikinyamakuru “Ghafla” cyabitangaje ngo ku munsi w’ejo taliki ya 16 Gashyantare2016, nibwo uyu musore Sultan abinyujije ku ku rukuta rwe rwa Instagram yatangaje ko umukunzi we Wema Sepetu […]

Ugisha inama: Umugore we ntiyaciye imyeyo ariko aranyara cyane mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina

Mu nsobanurire, Kunyara biva ku mugore cyangwa ni ku mugabo, uwanje ntiyaciye imyeyo kandi igitsina cye giteye neza cyane, mpfa kwinjizamo igitsina agahita anyara akazana amavangingo menshi cyane. Ese nta buhanga burimo kugirango anyare? Ntakunda gukora imibonano akanya kanini, nibaza ko kunyara bigabanya ukuryoherwa kw’umugore. Amara kuzana amazi(amavangingo)akambwira ko yumva atakibishaka kandi njye mba nkibishaka […]

Burundi: Igitero cya grenade ahategerwa bus za Otraco i Bujumbura cyakomerekeje bane

Abantu bagera kuri bane bakomerekeye mu gitero cya grenade cyagabwe mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu ahategerwa imodoka za Otraco I Bujumbura mu gace ka Ngagara. Igipolisi cy’u Burundi cyatangaje ko abantu babiri bikekwa ko ari bo bagabye iki gitero batawe muri yombi ndetse bakaba bafatanywe n’indi grenade. Cyongeyeho ko uwateye iyo grenade yari […]

Umupaka uhuza u Rwanda na Congo unyuze ku Gisenyi wongeye gufungurwa amasaha 24/24

Umupaka w’u Rwanda na Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo hagati ya Goma na Gisenyi wongeye gufungurwa amasaha 24/24 nyuma y’icyemezo cya perezida wa repubulika cyatangajwe ku mugaragaro kuri uyu wa Kabiri tariki 16 Gashyantare na Guverineri wa Kivu y’Amajyaruguru, Julien Paluku. Kuri we, ngo uku ni nko gushimira abaturage ba Kivu y’Amajyaruguru bashyigikiye bikomeye ikipe […]

Dore ibintu 3 udakwiriye kwirengagiza kugirango ugire ubuzima bwiza

Abahanga mu byerekeranye n’ubuzima igihe cyose bakunze kuvuga ngo kwirinda biruta kwivuza, abanyarwanda nabo bati “ibiganza byundi ntibikwakiriza umugisha”. Bwiza.com imaze kuganira n’abaganga batari bake no gusoma ibitabo bigendanye n’ubuzima yasanze hari ibintu bitatu abahanga bagarukaho mu gihe bagira inama abaje babagana. Akaba ariyo mpamvu bagira inama buri muntu wese guhita agana kwa muganga igihe […]

Impamvu zateye Abafaransa kudatabara Abanyabisesero ziragenda zishyirwa ahagaragara

Bisesero, ahantu hagizwe n’uruhererekane rw’udusozi tugizwe n’amashyamba mu burengerazuba bw’u Rwanda, hahungiye ibihumbi by’Abatutsi bahunga jenoside yabakorerwaga ikorwa na guverinoma u Bufaransa bwashyigikiye igihe kirekire, ariko na n’ubu harakibazwa uruhare rw’ingabo z’u Bufaransa muri iki gice cyabarizwaga muri Zone Turquoise cyagenzurwaga n’Abafaransa muri Kamena 1994. Nyuma y’ubuhamya bw’uwari umwungirije, Col Rosier, mu Ukuboza 2015, Gen […]

Kim Kardashian yasangije abakunzi be ubwiza bw’amabere ye- REBA AMAFOTO

Umunyamideli w’icyamamare, Kim Kardashian yagaragaje amafote yifotoje agaragaza amabere ye bityo ayasangiza inshuti ze abinyujije ku mbuga nkoranyambaga. Nk’uko Dailymail ibitangaza, Kardashian avuga ko kugaragaza igituza n’amabere ari rimwe mu mabanga akoresha iyo atambuka ku itapi itukura (tapis rouge) bityo bikamufasha kugaragara neza imbere y’abakunzi be bikanatuma yinjiza akayabo k’amafaranga. Ayo mafoto agaragaza igituza cyose […]