Abapolisikazi basabwe kuba intangarugero ndetse bakitanga uko bikwiye

Kuri uyu wa gatanu taliki ya 26 Gashyantare 2016, i Kigali hateraniye ihuriro ngarukamwaka ry’abapolisikazi bagera kuri 700, rikaba ririmo kwibanda ku guha ubushobozi abapolisikazi ndetse no guteza imbere ubumenyi bwabo mu nzego zose aho basabwe kitanga mu kazi kabo ndetse bakaba intangarugero mu kurungera abahohotewe. Polisi y’u Rwanda ikaba yaratangiye gukoresha amahuriro nk’aya mu […]

Arsene Wenger yemeje ko Arsenal izatsinda Manchester Utd

Ni mukiganiro n’abanyamakuru ubwo Arsene Wenger yatangaje ko Arsenal byanga byakunda izatsinda Man Utd mu mukino uzabahuza kuri iki cyumweru tariki ya 28 Gashyantare 2016. Ibyo yabivuze ashingiye ku kuvunika kw’abakinnyi ba Man U bityo ngo bikaba bizatanga icyuho ikipe ya Arsenal ikanyeganyeza inshundura ku buryo bworoshye. Uyu mutoza abajijwe icyo avuga kuri Louis Van […]

Muhanga: Gahunda ya EDC igiye guca ku barimu gupfunyikira abanyeshuri amazi

Abarezi bo mu Karere ka Muhanga baravuga ko gahunda y’ikoranabuhanga ya EDC izatuma nta mwarimu wongera kwigisha ahushura amasomo. Gahunda y’ikoranabuhanga ya EDC ikoreshwa mu burezi bw’abanza kugeza mu mwaka wa gatatu, aho umwarimu akurikiza gahunda y’isomo riri kuri Telefone ye riteguye ku buryo bw’amajwi bigatuma ntaho ashobora gusobwa kuko abanza kumva ibyo agiye kwigisha […]

Ibimenyetso bizakwereka ko umugore wawe arimo kurangiza mu gihe cy’imibonano mpuzatsina

Mbere yo kugaragarizwa ibimenyetso biranga umugore urimo kurangiza, wabanza ukamenya ese kurangiza k’umugore ni iki? Biba ryari? Gute? Nk’uko bitangazwa n’urubuga rwa Interineti Aufemin, mu by’ukuri kurangiza k’umugore mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina ni ukugera ku byishimo bye bya nyuma ku buryo yumva ageze koko aho ashaka. Ibi bigaragara mu mihindagurikire n’imyitwarire ye mu buriri mu […]

Burundi: Abaperezida ba Afurika babonye ko amahoro akiri inzozi

Abantu batari bacye bakomerekejwe na grenade yatewe mu kivunge kuri uyu wa gatanu mu gihe iki gihugu cyakiriye guhera kuri uyu wa Gatatu itsinda ry’abakuru b’ibihugu na guverinoma bo muri Afurika batumwe na A.U. mu rwego rwo gushakira umuti ibibazo bimaze iminsi muri iki gihugu. Iki gitero cya grenade mu gace ka Buyenzi kandi kikaba […]

Umubare munini wabari mu isi basenga Imana nyamara ntibazi ngo ibahe?

Abantu benshi bavuga ko basenga Imana imwe ugasanga bayisenga muburyo bunyuranye, muri iyi nyandiko turifuza kuvuga kuri Ndiho, Imana ivugwa muri Bibiriya. nubwo abantu bayikunda bakemera ko ishobora byose ntakiyinanira. Itabara uyitabaje wese. N’ Imana yumva kandi ireba, Imana iruta ibindi byiyita Imana (ibigirwa Mana). Iyo uganiriye na bamwe mu bayoboke b’amatorero cyangwa amadini ukababaza […]

Messi yahaye umupira wa nyawo umwana wamukunze akajya yambara ishashi iriho izina rye

Umwana w’umuhungu w’imyaka 5 wo muri Afghanistan wagaragaye ku mafoto yambaye umupira wa Messi ariko yikoreye mu ishashi, amaherezo yabonye umwambaro wa nyawo wa Messi uriho n’imikono ye, (Orthograph) . Uyu mwana witwa Murtaza Ahmadi amafoto ye muri Mutarama yagaragaye hirya no hino ku mbuga za internet yambaye ishashi y’ubururu n’umweru isa nk’umwambaro ikipe y’igihugu […]

Kenya: Abajura batandatu bishwe n’abaturage igipolisi kirebera

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu i Nairobi muri Kenya, abakekwaho ubujura batandu biciwe hafi y’iguriro riri ahitwa Ruruta bari bagiye kwibamo, igipolisi kikaba kivuga ko cyarashemo umwe agapfa, mu gihe abandi batanu batewe amabuye n’abaturage kugeza bapfuye. Ibi ngo byabaye ubwo agatsiko k’abajura bagera ku munani kinjiraga muri iri guriro. Umuvugizi wa polisi, […]

Ise wa Justin Bieber w’imyaka 40 arateganya kurushinga n’umukunzi we w’imyaka 28 y’amavuko

Ise w’icyamamare Justin Bieber kuri uyu wakane taliki 25 Gashyantare 2016, nibwo yahishuriye rubanda ibijyanye n’urukundo rwe na Chelsey aho yashyize aka video ku rubuga rwa Youtube asaba umukunzi we Chelsey Rebelo w’imyaka 28 ko yamubera umugore nyuma y’igihe gito bamaze bakundana. Jeremey Bieber w’imyaka 40 y’amavuko, mu biruhuko yagiriye i St Barts nibwo yari […]

RDC: Imirwano ikomeye hagati y’abari gusezererwa n’abenda kwinjizwa mu gisirikare yaguyemo babiri

Amakimbirane hagati y’abari gusezererwa mu gisirikare n’abashyashya bari kukinjizwamo kuri uyu wa kane tariki 25 Gashyantare mu nkambi ya Kitona mu Ntara ya Kongo yo Hagati, yaguyemo abantu babiri, abandi benshi barakomereka, mu gihe hangijwe n’ibintu byinshi by’ingenzi nk’uko byemezwa na Gen. Matutezulua, Komanda w’inkambi ya gisirikare ya Kitona wemeza ko ibintu byasubiye mu buryo. […]

Kagitumba: Polisi y'u Rwanda yashyikirije iya Uganda imodoka yari yaribwe yo

Mu gihe abanyabyaha ndetse n’amatsinda yabo bakomeje guhindura uburyo bakoramo ibikorwa byabo bihungabanya umutekano, ikoranabuhanga ryitwa I-24/7 rikoreshwa n’ibihugu 190 bigize Umuryango wa Polisi Mpuzamahanga (Interpol) ryatumye hanozwa imikoranire y’ibihugu by’ibinyamuryango by’uru rwego rw’umutekano ku Isi. Umuyobozi w’Ishami rikorana na Polisi Mpuzamahanga muri Polisi y’u Rwanda(Interpol), Assistant Commissioner of Police (ACP) Antony Kuramba yavuze ko […]

Mali: Umusirikare wa Loni yishe bagenzi be mu gihe igitero kuri MINUSMA cyahitanye batanu

Umusirikare w’Umuryango w’Abibumbye uri mu butumwa bwo kubungabunga amahoro muri Mali (MINUSMA) kuri uyu wa kane tariki 25 Gashyantare 2016 yishe bagenzi be babiri harimo umwe wari umukuriye n’undi w’umuganga bakomoka muri Tchad, abarashe nk’uko byatangajwe n’umuvugizi wa MINUSMA, Olivier Salgado wakomeje avuga ko iperereza rikomeje. Amakuru aturuka I Kidal mu birindiro by’izi ngabo, avuga […]

Biryogo:Mu mukino wa Damu utsinzwe anyweshwa amazi- REBA AMAFOTO

Ku gicamunsi cyo kuwa 25/02/2015 ahagana saa cyenda z’amanywa mu mujyi wa Kigari, Akarere ka Nyarugenge, Umurenge wa Nyarugenge, Akagari ka Biryogo, Umudugudu wa Gabiro aho benshi bamenyereye ku izina rya Tarinyota, habereye umukino wa Damu (jeu de dames)), aho uwatsindwaga yahitaga ahabwa igikombe cy’amazi akakinnywa akakimara. Mu gihe tumenyereye ko uwatsinze ahabwa igihembo, ho […]

Abacururizaga Mateus bararira ayo kwarika nyuma y’uko igihe ntarengwa bahawe ngo bahimuke kirangiye

Abacururiza muri Quartier Mateus bahangayikishijwe n’aho bagomba kwimurira ubucuruzi bwabo mu gihe Umujyi wa Kigali wababwiye ko itariki ya nyuma yo kwimuka muri aka gace yari kuri uyu wa kane tariki 25 Gashyantare 2016. Aba bacuruzi bavuga ko inyubako beretswe bagomba kwimukiramo itubatsemo ibyumba bazakoreramo, bakavuga ko bibasaba kuzabyiyubakira, kandi ngo bakaba bagiye no guhura […]

Kurekura imfungwa 2000 ngo ni agakino Nkurunziza yakinnye agamije guhuma amaso Ban ki Moon

Ibi ni ibyatangajwe na Claver Mbonimpa, umuyobozi w’ Umuryango uharanira uburenganzira bwa muntu (APRODH), avuga ko kuba umukuru w’igihugu Petero Nkurunziza yaratangaje ko agiye kurekura imfungwa ibihumbi 2 ari uburyo bwo guhuma amaso amahanga mu gihe yabivuze ari imbere y’umunyamabanga w’umuryango w’abibumbye Ban Ki Moon. Yakomeje avuga ko ari ibinyoma, ndetse ko mu gihe Nkurunziza […]

Uganda: Ishyaka FDC riravuga ko bigeze aho leta ishaka kwivugana Dr Kiiza Besigye

Ishyaka Forum for Democratic Change (FDC) ryatangiye gushinganisha umukandida wari urihagarariye mu matora aheruka ya perezida wa repubulika, Dr Kiiza Besigye, rivuga ko igipolisi kimufungiye ahantu hatazwi hagamijwe kumugirira nabi. Dr Besigye bivugwa ko yatawe muri yombi mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane nk’uko byari bimaze iminsi muri iki cyumweru bimugendekera, ariko nk’uko bitangazwa […]

Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda yakiriye abapolisi bavuye mu butumwa bw’amahoro

​​“Tubahaye ikaze mu gihugu cyanyu, twizeye ko ibitekerezo muzanye, ubwenge, ubumenyi mwungukiye mu bihugu muvuyemo bizadufasha kubaka Polisi y’u Rwanda ndetse no guteza imbere akazi kayo muri rusange.” Aya ni amwe mu magambo umuyobozi mukuru wa Polisi y’u Rwanda , IGP Emmanuel K. Gasana yagejeje ku bapolisi 27 bari bavuye mu butumwa bw’amahoro bwa Loni […]

Menya Inzu Habyarimana yanze gukoreramo ngo itazamutera umwaku

Nyuma y’uko iyi nzu iri mu za mbere zikuze cyane, kuko yatangiye kubakwa muri 1961 ikarangira muri 1972, imaze kuzura, akimara guhirika ubutegetsi bwa Geregwari Kayibanda ku ya 05 Nyakanga 1973, Habyarimana Yuvenali yanze kuyikoreramo avuga ko ishobora kumutera umwaku ku ngoma ye. Iyi nzu iherereye ku Kimihurura mu Murenge wa Kimihurura, yubatswe ku nkunga […]

Umugore yaciye inyuma umugabo we bimuviramo gufatana n’uwo basambanaga

Mu gihugu cya Ghana kimwe mu bihugu bikunze kuvugwamo amarozi cyane , mu minsi ishize hagaragaye umugore w’umupfumu yahanutse mu kirere ari ikinyoni ageze hanze basanga ari umugore ugeze mu zabukuru. Kuri ubu ikigezweho n’umugore wafatanye n’umusore bari bari gusambana nyuma y’aho aciye inyuma umugabo we Muri iyi minsi hongeye kugaragara ibintu bitangaje mu mujyi […]

Ibintu 10 abagore bakunda mu buriri kurusha ibindi mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina

1.Kubanza gukina Mu gihe umugabo n’umugore bitegura gutera akabariro bagomba kubanza kwiyibagiza ibihe bibi baba banyuzemo hanyuma bakita mu gihe binjiyemo gisaba ko batekerezanyaho bikabanzirizwa no guterana ubuse bagakina bakubitana udushyi ,basetsanya n’ibindi bitandukanye biganisha kuri icyo gikorwa. 2.Kumusoma Ni byiza ko umugabo agomba gusoma umugore byimbitse buri umwe ahumirije, bikabafasha kwitegura igikorwa nyirizina bagiye […]

Transparency International irashima ingamba Polisi yafashe mu guhashya ruswa

​Umuryango mpuzamahanga ushinzwe kurwanya ruswa Transparency International (TI) urashima Polisi y’u Rwanda ingamba yafashe mu kurwanya ruswa. Ibi ni ibyavuzwe na Elena Panfilova, umuyobozi mukuru wungirije w’inama y’ubuyobozi y’uyu muryango ubwo yasuraga Polisi y’u Rwanda kuwa gatatu tariki ya 24 Gashyantare 2016. Yavuze ko ingamba zafashwe na Polisi y’u Rwanda zo kurwanya ruswa zishimishije kandi […]

Umunyamabanga mukuru wa Papa wari utwite inda ye yapfiriye imbere y’ibiro akoreramo

Miriam Wuolou umugore wari ushinzwe kwakira abantu akaba ndetse umunyamabanga mukuru mu nzu ikoreramo Papa Francis, umurambo we watowe muri iyo nzu bitahurwa ko yari atwite inda y’amezi 7. Miriam Wuolou,ni umugore w’imyaka 34avuka muri Erythrea yari atwite inda y’amezi arindwi ubwo umurambo watoragurwaga munzu yakoreragamo.Uyu mugore yakoreraga mu nzu imwe na Papa Francis hakaba […]

Amafoto: Abahatanira Miss Rwanda 2016 basuye umuterankunga mukuru, Cogebanque

Abakobwa 15 bahatanira ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda basuye icyicaro gikuru cya Cogebanque, baganiriye n’ubuyobozi bubabwira ko butewe ishema n’inkunga iyi banki yatanze muri iri rushanwa. Mu kiganiro n’aba ba Nyampinga, Umuyobozi w’agateganyo wa Cogebanque, Muremangingo Rachid yavuze ko iyi Banki yishimira gufatanya n’igihugu mu bikorwa by’iterambere ari nayo mpamvu yemeye gutanga igishoboka cyose ngo […]

Ese umugabo ukora imibonano mpuzabitsina yambaye prudence yanyaza umugore bigakunda?

Iki ni kimwe mu bibazo byabajijwe n’umwe mu basomyi ba Bwiza.com, akaba abaza niba koko umugabo ashobora gutera akabariro yambaye agakingirizo akabasha kunyaza umugore ndetse akaba yanamugeza ku byishimo bya nyuma (kurangiza k’umugore). Nk’uko bisobanurwa na Dr Nsekuye Bizimana mu gitabo cye yise “ Le Secret de l’Amour a l’Africaine” asobanura ko umugore atanyara ari […]

Islamic State yahaye gasopo abayobozi ba Facebook na Twitter

Video yashyizwe ahagaragara kuri uyu wa kane n’abambari ba Islamic State, iratera ubwoba abayobozi b’imbuga nkoranyambaga za Facebook, Mark Zuckerberg na twitter, Jack Dorsey bazira kurwanya iterabwoba bifashishije izi mbuga zabo. Video y’iminota 25 yashyizwe ahagaragara n’agatsiko kiyise mu Cyongereza, “The Sons of the Caliphate Army” , hagaragaramo amafoto y’abayobozi b’imbuga twavuze bashyizwe mu gipimo […]

Britney Spears yoherereje abakunzi be amafoto yambaye ikariso gusa n’akarega k’amabere

Icyamamare muri Leta Zunze ubumwe za Amerika, Britney Spears, kuri uyu wa kabiri taliki ya 23 Gashyantare 2016, nibwo yagaragaye i Las Vegas yifotoza ari nako yoherereza inshuti ze amafoto yambaye ikariso n’akarega k’amabere agamije kubashimisha. Uyu mugore w’imyaka 34 y’amavuko yashimishije abakunzi be ubwo yashyiraga video ku rukuta rwe rwa Instagram, video yari yafatiwe […]

Impuguke mu gucukumbura ziremeza ko zifite ibimenyetso bigaragaza ko imbunda yahanuye MH17 ari iy’Abarusiya

Itsinda ry’abanyamakuru bakora inkuru zicukumbuye riravuga ko rifite ibimenyetso bigaragaza ko missile yahanuriye indege ya Maleysian Airliner hejuru ya Ukraine muri Nyakanga 2014 yari iya batayo y’ingabo z’u Burusiya yari iherutse koherezwa muri ako gace. Abantu 298 bari muri iyi ndege bitabye Imana ubwo iyi ndege yavaga Amsterdam igana Kuala Lumpur muri Maleysia yahanurwaga. Abakoze […]

Abarimu ba CST ntibavuga rumwe ku cyemezo cya MINEDUC

Nyuma y’aho Minisiteri y’uburezi itangaje ko abanyeshuri barangije muri Microbiology muri CST yahoze ari KIST bagomba gusubira mu ishuri kwiga amasomo batize,bamwe mu barimu bigisha muri iyi kaminuza mu ishami rya Microbiology baravuga ko icyemezo MINEDUC iherutse gutangaza nta bushishozi cyafatanywe. Abarimu bo muri kaminuza y’u Rwanda nabo bigisha muri iri shami ndetse banigishije abo […]

Bibiriya ijambo ry’Imana ivuga iki ku mpamvu zitera ugutandukana kw’abashakanye (Divorce)?

Tumaze igihe twumva impfu za hato na hato ziterwa no kutumvikana hagati yabubatse ingo, bigatuma umwe yica undi cyangwa akiyahura bitaba ibyo agasaba gatanya. Iyo ugerageje kwegera abafitanye amakimbirane bakubwira impamvu zitari nkeya, nyamara ugasanga atari impamvu zatuma umuntu yiyahura cyangwa ngo yice umukunzi we. Bibiriya rero igaragaza impamvu imwe gusa, akaba ariyo turi bugarukeho […]

Umutoza wa Rayon Sports yatsinze Kiyovu ahita yegura yerekeza muri Leopards

Nyuma yo kwihererana ikipe ya Kiyovu Sports ku mugoroba wo kuri uyu wa gatatu kuri Stade Regional ikayitsinda ibitego 2-0, ikipe ya Rayon Sports yahise ibura umutoza wayo, Ivan Minnaert, wari uyimazemo amezi 4, wahise wegura ku mirimo ye ashinja ubuyobozi bw’iyi kipe kutubahiriza amasezerano. Ubwo yavuganaga n’itangazamakuru, yagize ati: “Neguye ku mpamvu zitari iz’amikoro, […]

Umuherwe Zari yasigiwe agahinda no gutsindwa k’uwo yari ashyigikiye mu matora ya Uganda

Zari ukomoka mu gihugu cya Uganda kugeza ubu akaba abarizwa mu gihugu cyaTanzania ari naho yatangarije agahinda gakomeye yatewe no gutsindwa k’umukandida Kizza Besigye afataho ikitegererezo, mu matora aherutse kuba taliki ya 18 Gashyantare 2016. Uyu muherwe uzwi cyane mu gihugu cya Uganda, avuga ko kuva mu mpera z’icyumweru gishize hagitangazwa ibyavuye mu matora yasaritswe […]

Ngoma: Abaturage bakanguriwe kwirinda ibiyobyabwenge

Umuyobozi wa Polisi y’u Rwanda mu karere ka Ngoma, Senior Superintendent of Police (SSP) Janvier Mutaganda yakanguriye abatuye muri aka karere kwirinda ibiyobyabwenge by’ubwoko bwose, kandi abasaba gutanga amakuru ku gihe y’ababinywa, ababicuruza, ndetse n’ababikwirakwiza. Ibi yabivuze ku itariki 24 Gashyantare nyuma y’igikorwa cyo kwangiza ibiyobyabwenge byafatiwe mu mikwabu Polisi y’u Rwanda yakoze ahantu hanyuranye […]

Nyuma yo kwitwa umusazi, Donald Trump atorewe kuyobora USA yafunga gereza mbi ku isi ya Guantanamo

Nyuma yo kuvugwaho byinshi ndetse benshi bakanamwita umurwayi wo mu mutwe, icyihebe,…umuherwe Donald Trump ubu urimo kwiyamamariza kuyobora Leta zunze ubumwe za Amerika, yatangaje ko agiriwe ikizere yahita afunga gereza irahirirwa ya Guantanamo. Perezida Barack Obama ubwo yiyamamazaga mu mwaka wa 2008 yavugaga ko nagirirwa ikizere n’abaturage azafunga iyi gereza ya Guantanamo, mu gihe manda […]

Amafoto: Nyuma ya Ban Ki-moon u Burundi bwakiriye abaperezida 4 na Minisitiri w’Intebe batumwe na AU

Nyuma y’iminsi 2 Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, Ban Ki-moon, asuye u Burundi, iki gihugu cyongeye kugendererwa n’abakuru b’ibihugu batanu bo muri Afurika nabo bagiye kugerageza kuvugana n’abategetsi b’u Burundi ngo bashakire umuti ibibazo bimaze iminsi muri iki gihugu. Abo bakuru b’ibihugu bamaze no kugera mu Burundi ni uwa Senegal, uwa Afurika y’Epfo, uwa Gabon, uwa […]

USA : Nyuma yo gutahura ikinyoma cy’umukobwa bakundana,umusore yasimbutse amagorofa 6 ntiyapfa

Nyuma yo gutahura ko ifoto umukobwa w’inshuti ye yamwoherezaga idahuye n’isura nyakuri ye , Mark Kiila Umusore ukomoka muri Canada yijugunye hasi avuye mu igorofa rya 6 ariko ntiyapfa . Nyuma y’imyaka 6 yose akundana n’umukobwa hifashishijwe imbuga za internet ubwo yoherezwaga amafoto atandukanye yabaye intandaro y’uru rukundo, Mark Kiila ngo yatunguwe no kubona umukobwa […]

Ubutegetsi bw’u Burundi bwashimangiye ko mu bo buteganya kuganira nabo CNARED itagomba kubamo

Mu gihe Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye Ban Ki-moon aherutse i Burundi kuri uyu wa 22 Gashyantare agiye gusaba ubutegetsi kugirana ibiganiro n’ababurwanya, Umujyanama muri perezidansi y’u Burundi, Willy Nyamitwe yatangaje aho leta y’u Burundi ihagaze kuri iki kibazo, ndetse avuga ko nubwo bemereye Ban Ki-moon ibiganiro ihuriro CNARED ryo ridashobora kubitumirwamo. Willy Nyamitwe yakomeje avuga […]

Maze gufungwa inshuro enye mu minsi 6 gusa

Mu cyumweru gishize, Kiiza Besigye umwe mu bari bahanganye na Museveni mu guhatanira umwana wo kuyobora Uganda yavuze ko amaze gutabwa muri yombi na polisi y’icyo gihugu inshuro enye mu minsi 6 kuva amatora yarangira. Ibyavuye mu matora bikaba byaragaragaje ko Museveni ahawe kuyobora Uganda inshuro ya gatanu. Besigye kugeza magingo aya ntabwo yemerewe kuva […]

Inzara iraca ibintu mu turere tumwe na tumwe tw’intara y’u Burasirazuba

Imirenge imwe n’imwe mu turere twa Kayonza, Ngoma na Kirehe iravugwamo inzara ahanini yatewe n’uruzuba rwacanye biturutse kuri El Nino nk’uko leta y’u Rwanda imaze iminsi ibitangaje. Ubu hamwe na hamwe abaturage bafite aho basuhukira batangiye gusuhuka. Uruzuba rwinshi nirwo ntandaro y’iyi nzara yatumye abaturage barumbya imyaka yabo bityo abari batunzwe n’ubuhinzi bibaviramo gusonza abashoboye […]

Huye: Abagize urwego rwa DASSO basabwe kuba indakemwa

​Umuyobozi wa Polisi y’u Rwanda mu karere ka Huye, Chief Superintendent of Police (CSP) Francis Muheto, yasabye abagize urwego rwunganira uturere mu gucunga umutekano (District Security Support Organ-DASSO) kuba indakemwa mu byo bakora. Ubu butumwa yabutanze ku itariki 23 Gashyantare mu kiganiro yagiranye na bamwe muri bo bagera kuri 50 ubwo bari mu nama nsuzuma […]

Perezida Kagame atumye ikibazo cy'ihazabu y'umurengera yakwa na RRA kigiye gukemuka

Mu kiganiro n’abanyamakuru kuri uyu wa Kabiri, Komiseri Mukuru wa RRA, Richard Tusabe, yavuze ko icyo kibazo abacuruzi bagaragaje cyizweho, kandi kiri mu nzira yo gukemuka, ati “Ibyo Perezida yavuze twabihaye agaciro.” Richard Tusabe yavuze ko yahise yegera Urugaga rw’abikorera (PSF), hakorwa raporo, ubu ikaba yarashyikirijwe Minisiteri y’Imari n’Igenamigambi. Yahamije ko bitarenze muri Mata uyu […]

Kirehe: Habereye ubukangurambaga bwo kurwanya ihohoterwa rishingiye ku gitsina

​ Ku itariki 20 Gashyantare, Polisi y’u Rwanda mu karere ka Kirehe yakanguriye abantu bagera ku 150 batuye mu kagari ka Kiremera, ho mu murenge wa Kigarama, kwirinda no kurwanya ibyaha by’ihohoterwa rishingiye ku gitsina ndetse n’ibindi byaha. Ubu butumwa babuherewe mu nama bagiranye na Inspector of Police (IP) Gahigi Harerimana, akaba ashinzwe imikoranire ya […]

Idrissa Sultan mu mazi abira nyuma yo kugaragara ari kumwe na Lulu washinjwaga kwica Kanumba

Uyu musore nyuma y’iminsi ibiri gusa atangarije abakunzi be ku mbuga nkoranyambaga ko umukunzi we Wema Sepetu yakuyemo inda y’impanga,yaje kugaragara mu birori ari kumwe n’umwe mu bakinnyi ba cinema muri Tanzania “Lulu” unavugwaho ko yaba ari we wishe Steven Kanumba, ubu bikaba byateje amahari hagati ye na Wema Sepetu. Nk’uko igitangazamakuru Bigeye kibivuga ngo […]

Umuhanzi Pedro Someone hari ibyo abona bikwiye mu guhitamo abahanzi bo guhatana muri PGGSS

Mu gihe irushanwa rya Primus Guma Guma super star (PGGSS) riri hafi gutangira ku nshuro yaryo ya 6, umuhanzi Pedro Someone we avuga ko hari byinshi bikwiriye gukowra kugirango iri rushanwa ritegurwe neza, abahanzi nyarwanda bose baryibonemo ari nako rinateza imbere muzika nyarwanda. Mu kiganiro yagiranye na Bwiza.com, Umuhanzi Pedro Someone avuga ko n’ubwo iri […]

RDC : Ban Ki-moon arasaba akarere k’ibiyaga bigari kurangwa n’imiyoborere myiza

Umunyamabanga Mukuru wa ONU Ban Ki Moon umaze kugera i Kinshasa mu kanya gashize arasaba abari mu nama ya ICGL guharanira kugira imiyoborere myiza kuko ariyo nkingi y’iterambere rirambye. Ibi yabitangaje ubwo yafunguraga ku mugaragaro inama mpuzamahanga y’ubucuruzi yatangijwe kuri uyu wa gatatu tariki ya 24 Gashyantare 2016 i Kinshasa. Iyi nama ikaba iribwibande ku […]

Afurika y’Epfo igiye gukura ingabo zayo muri Darfur

Igihugu cya Afurika y’Epfo kigiye gukura ingabo zacyo zabungabungaga umutekano muri Sudani y’Epfo nk’uko byatangajwe n’ibiro bya perezida Jacob Zuma kuri uyu wa Gatatu. Ibiro bya perezida wa Afurika y’Epfo kandi byatangaje ko abayobozi baherutse gutorwa umushahara wabo uzazamukaho 4.4% nubwo ubukungu bw’iki gihugu buri mu bihe bibi. Ingabo za Afurika y’Epfo zagiye mu butumwa […]

Kirehe: Umubyeyi yabyaye impanga zifatanye

Mu Bitaro bya Kirehe, umubyeyi w’imyaka 41, yabyaye umwana ufite imitwe ibiri ifatanye, kuri uyu wa 23 Gashyantare 2016 nyuma yo kugera muri ibi bitaro aturutse ku kigo Nderabuzima cya Nyamugari. Anasthase Iyamuremye wabyaje uyu mubyeyi yatangaje ko uyu mwana w’umukobwa yavutse afite imitwe ibiri n’amajosi abiri, bityo ko batakwemeza ko ari abana b’impanga kuko […]

Nepal: Indege nto yari itwaye abantu 21 yaburiwe irengero yasanzwe yaguye mu misozi

Indege byari byatangajwe kuri uyu wa gatatu ko yaburiwe irengero itwaye abagenzi 21 n’abapilote bayo 2 yasanzwe yakoreye impanuka mu misozi yo mu Karere ka Myagdi ho muri Nepal yahiye iruhande rwayo hari imirambo nk’uko byatangajwe na minisitiri ushinzwe iby’indege, Aananda Prasad Pokharel avugana na AFP. Amakuru yari yabanje gutangazwa yavugaga ko umuyobozi w’ikibuga cy’indege […]

Polisi y’u Rwanda n’ikigo cy’u Bwongereza gishinzwe iperereza batangije amahugurwa ku kurengera umwana

Polisi y’u Rwanda ku bufatanye n’ikigo cy’u Bwongereza gishinzwe iperereza (National Crime Ageny) bateguye inama y’iminsi ibiri ku gukumira ihohoterwa rikorerwa abana, ikaba izibanda ku buryo mpuzamahanga bwo kurwanya iri hohoterwa. Umuhango wo gutangiza iyi nama wayobowe na Minisitiri w’Uburinganire no guteza imbere umuryango , Madamu Oda Gasinzigwa, wari kumwe na ba Minisitiri w’Umutekano mu […]

Abasirikare bakomeye bananiwe guhirika Perezida Nkurunziza none ngo bigiye gukorwa n’uwihaye ipeti

Nyuma y’iminsi mike umutwe mushya urwanya Leta y’u Burundi Red Tabara utangaje ko uwitwa Melchiade Biremba ufite ipeti rya jenerali majoro ari we muyobozi mukuru w’ibiro bikuru bya gisirikare byawo (Chef d’Etat major), kuri ubu yatangaje ko yambariye urugamba rwo kuvana perezida Nkurunziza ku butegetsi akoresheje umuheto. Mu kiganiro JeuneAfrique dukesha iyi nkuru yagiranye na […]

Jeanne d’Arc Girubuntu yegukanye umudari wa Argent muri African Continental Championships muri Maroc

Umunyarwandakazi ukina umukino wo gusiganwa ku magare, Jeanne d’Arc Girubuntu, yaje ku mwanya wa kabiri asiganwa ku giti cye mu marushanwa ya African Continental Championships yabereye mu gihugu cya Maroc mu mujyi wa Benslimane kuri uyu wa Kabiri. Uyu munyarwandakazi usiganwa ku magare w’imyaka 20 y’amavuko yabashije kwegukana umudari wa Argent nyuma yo gukurikira Umunyanamibiakazi, […]

Abantu 22 barapfuye 35 barakomereka bazira El Nino mu Rwanda

Ikigo cy’igihugu cy’Iteganyagihe kiravuga ko kuva mu mezi atatu asoza umwaka ushize wa 2015, mu Rwanda haguye imvura idasanzwe inangiriza byinshi, kubera imiyaga ya El Nino nk’uko byari byategujwe, gusa ngo hari uduce tutabonye imvura ihagije ubu tukaba twugarijwe n’amapfa. Mu ntangiro z’ukwezi k’Ukwakira umwaka wa 2015, ni bwo ikigo cy’igihugu gishinzwe iteganyagihe, cyaburiye abaturage […]

Blaise Compaore wari Perezida wa Burkina Faso yahawe ubwenegiyuhu bwa Cote d'Ivoire

Blaise Compaore uherutse guhirikwa ku butegetsi muri Burkina Faso akanashyirirwaho impapuro zimuta muri yombi yahawe ubwenegihugu bwa Cote d’Ivoire yari yarahungiyemo, ibyo bikaba bishobora gutuma akwepa ubutabera bw’icyo gihugu yabereye Perezida imyaka hafi 27. Nk’uko RFI ibitangaza, Blaise CompaorĂ© yahawe ubwenegihugu mu Iteka nomero 2014-701 rya Perezida Alassane Ouattara wa CĂ´te d’Ivoire, ryo kuwa 18 […]

Umukinnyi yahaye ikarita itukura umusifuzi

Abafana b’ikipe ya Trabzonspor yo muri Turikiya berekanye ko bashyigikiye Salih Dursun wirukanywe mu kibuga kubera kwereka umusifuzi ikarita itukura. Salih Dursun yahaye ikarita itukura umusifuzi Deniz Bitnel, bityo aba umukinnyi wa kane wa Trabzonspor wirukanywe mu kibuga mu mukino iyo kipe yatsinzwe na Galatasaray 2-1. Nyamara ariko, ibyo abafana bamushyigikiye mu gihe umusifuzi Bitnel […]

Eddy Kenzo yasabye Leta ya Uganda kurekura Kizza Besigye

Mu gihe mu gihugu cya Uganda bavuye mu bihe by’amatora mu minsi mike itambutse bigasiga umwuka utari mwiza kuri Perezida Museveni watsinze amatora na bakandida bari bahanganye, ibyo byatumye umuhanzi Eddy Kenzo abwira Leta ya Uganda ko yarekura Kizza Besigye ubu uri muri gereza. Abinyujije ku rukuta rwe rwa facebook, uyu musore yashyizeho ifoto ya […]

CNARED irasabira u Burundi gufatitwa embargo ku ntwaro no kwirukana ingabo zabwo ziri mu butumwa bwa Loni

Abatavuga rumwe n’ubutegetsi bw’u Burundi bari mu buhungiro bibumbiye mu cyiswe CNARED ntibavuga rumwe na guverinoma y’u Burundi nyuma y’aho Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, Ban Ki-moon atangarije kuri uyu wa Kabiri ko perezida Nkurunziza yemeye kuganira n’abatavuga rumwe nawe. Abatavuga rumwe n’ubutegetsi barashinja perezida Nkurunziza ko yemereye Ban Ki-moon ko yemeye kuganira n’abamurwanya, ariko ngo […]

Uburyo 4 wakifashisha mu Gukuna no kuryoshya imibonano mpuzabitsina

Uko amajyambere agenda yihuta ni nako hari byinshi byirengagizwa kandi ugasanga bigize ingaruka mbi mu kubaka ingo hagendewe ku muco gakondo, bityo abakobwa bakoraga imihango runaka ikabafasha kubaka ingo ndetse no gufata neza umugabo, muri iyo twavuga nk’uwo Gukuna. Mbere ya byose tumenye Gukuna ni iki? Gukuna ni umuhango wa gikobwa ukorwa mu muco nyarwanda […]

Bomboribombori muri ADEPR, imishahara ihabwa abitwa abakozi b’Imana ishobora guteza umwiryane

Mu gihe n’ubundi hari hamaze iminsi havugwa ibibazo bya hato na hato mu itorero ry’abapantekote mu Rwanda (ADEPR), ibibazo bishingiye ku kutumvikana hagati ya bamwe mu bayobozi baryo bikagera n’aho bandikira umukuru w’igihugu bamusaba kubafasha gukemura ibibazo, kuri ubu bamwe mu bashumba binubiye ishyirwaho ry’imishahara benshi basesenguramo ko ishobora kuzabyara umwiryane ko kugwa kwa bamwe. […]