RDC : Abaturage ba Kiongo bahunze nyuma yâaho leta ifunguriye abantu 5 bafashe ku ngufu
Umudugudu wa Kiongo, uherereye mu birometero 9 uvuye kuri cheferie ya Mulongo muri Territoire ya Malemba Nkulu, abaturage bahatuye kuva ku itariki ya 25 kugeza kuya 27 Mutarama 2016 bakomeje guhunga ubutitsa nyuma yâaho leta ya Kongo Kinshasa ifatiye icyemezo cyo kurekura abagabo batanu bavuga ko bafata ku ngufu abagore. Ingo zigera kuri 300 zigize […]
Zari Hassan yatangiye kwigisha umukobwa we wâamezi 5 ubuzima bwa gisirimu -AMAFOTO
Umuherwe Zari wibarutse umwana wa Diamond Platnumz ndetse bikanateza impagarara mu itangazamakuru ko uyu mwana yaba atari uwâuyu musore nyuma hakitabazwa gupima amaraso (DNA) bikemezwa ko ari uwe , ubu noneho uyu mwana yatangiye kwigishwa ubuzima bwa gisirimu. Mu gihe gisaga amezi 5 Tiffan avutse, byagaragaye ko uyu mwana yitaweho nâababyeyi be, kuri ubu Zari […]
Umunyamabanga wa USA agiye kuza gusura u Rwanda
Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe Ubucuruzi, Penny Pritzker nâabandi bayobozi bafite aho bahuriye nâishoramari muri icyo gihugu bateganya kuza mu Rwanda muri iki cyumweru kureba aho urwego rwâishoramari rugeze. Penny Pritzker usanzwe nanone uyoboye akanama ngishwanama ka Perezida Obama ku Bucuruzi muri Afurika nâitsinda ayoboye batangiriye uruzinduko rwabo muri Nigeria ku wa […]
CHAN 2016: Umutoza wa DR Congo Florent Ibenge ntatewe ubwoba nâ Amavubi
Umutoza wâ ikipe yâ igihugu ya Congo Kinshasa Florent Ibenge yatangaje ko ikipe ye idatewe ubwoba no guhura nâ ikipe yâ igihugu yâ u Rwanda, Amavubi ku mukino wa ÂŒ cya CHAN uteganyijwe kuri uyu wa gatandatu taliki ya 30 Mutarama 2016 kuri stade Amahoro. Nyuma yo gutsindwa na Cameroun, mu kiganiro nâ abanyamakuru, Ibenge […]
U Rwanda ku mwanya wa mbere muri EAC mu kurwanya ruswa
Umuryango mpuzamahanga urwanya ruswa (Transperency International) yatangaje ko u Rwanda ruri ku mwanya wa mbere mu bihugu bigize umuryango wâAfurika yâu Burasirazuba no ku mwanya wa kane muri Afurika yose mu kurwanya ruswa. Muri raporo yâumwaka wa 2015 yâUmuryango Mpuzamahanga ushinzwe kurwanya ruswa (Transparency International), u Rwanda rwaje ku mwanya wa kane muri Afurika, no […]
Abagabye igitero ku basirikare bâu Burundi bamenyekanye banigamba ko bishe abasirikare benshi ba Leta
Nyuma yâimirwano yabaye mu gitondo cyo kuwa mbere tariki ya 25 Mutarama, bigatangazwa ko ari imirwano yabaye hagayi yâinzego za Leta hamwe nâumutwe wâabantu bitwaje intwaro batazwi, kuri ubu uyu mutwe wigometse kuri Leta wamenyekanye. Amakuru ava muri iki gihugu cyâu Burundi, arahamya ko uwo mutwe wâabigometse kuri Leta ari âRed Tabaraâ umutwe wâabigometse kuri […]
Umutungo wa Vladimir Putin ngo wazamuwe na ruswa ndengakamere
Ubushakashatsi bwakozwe na BBC burerekana ko ikigega cyâ imari muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika gishinja bikomeye perezida wâ igihugu cyâ Uburusiya Vladimir Putin gukoresha ruswa. Iki gihugu cyasabiye ibihano abayobozi bakuru bâ Uburusiya ariko ni ku nshuro ya mbere bashinja ku buryo bweruye Putin gukoresha ruswa. Umuvugizi wa perezidansi yâ Uburusiya yatangaje ko ntacyo […]
Umucuruzi yarumwe izuru ajyanwa kwa muganga ritwawe mu ishashi
Mukeshimana BĂ©atrice utuye mu mudugudu wa Murambi mu kagari ka Rwesero, mu murenge wa Busasamana mu Karere ka Nyanza, ufite akabari iwe mu rugo, yarumwe izuru nâumukiriya we arikuraho mu ijoro rishyira iryo ku cyumweru tariki ya 24 Mutarama 2016. Mukeshimana wâimyaka 39, avuga ko uwamurumye , witwa Kayitare Alexandre wo mu kigero cyâimyaka 45, […]
Abagize Komite zo kwicungira umutekano mu turere twa Burera na Kamonyi basabwe kuba inyangamugayo
Ku itariki 26 Mutarama, Polisi yâu Rwanda yagiranye ibiganiro nâabagize Komite zo kwicungira umutekano basaga ijana bo mu murenge wa Rusarabuye, mu karere ka Burera, hamwe nâabo mu wa Ruyenzi, mu karere ka Kamonyi, maze ibasaba kuba intangarugero mu byo bakora byose kugira ngo basohoze inshingano zabo uko bisabwa. Abo mu murenge wa Runda babisabwe […]
Shakira yagaragaye mu birori atambaye akarega kâamabere- REBA AMAFOTO
Icyamamare Shakira ukomoka muri Colombia ku mugabane wa Amerika, kuri iki cyumweru taliki ya 24 Mutarama 2016, nibwo yatunguye benshi mu birori byo gutanga ibihembo (Sliver grittering gown Awards) ubwo yagaragaraga atambaye akarega kâamabere (Bra). Uyu muhanzikazi wâimyaka 38 ubwo yitabiraga ibyo birori yari kumwe nâugabo we Gerard Pique wâigihangange mu mupira wâamaguru akaba anakinira […]
Itohoza ku byavugwaga ko Gen Laurent Nkunda yarashwe amasasu atatu mu gituza
Nyuma yâamakuru yacicikanye mu minsi ishize ku mbuga nkoranyambaga ko Gen Laurent Nkunda yasanzwe yarashwe amasasu atatu mu gituza, aya makuru ngo ni ikinyoma cyambaye ubusa. Itohoza ryakozwe nâikinyamakuru Umusingi, mu nkuru cyasohoye muri numero yacyo ya 96 yo kuwa 26 Mutarama-4 Gashyantare 2016, bagaragaza ko Gen Laurent Nkunda atarashwe, ahubwo ko ameze neza. Iki […]
Yafunze igitsina cyâumugore na kole idasanzwe avuga ko yamubeshye
Umugore wâimyaka 40 utuye mu gace ka Ngwamtila hafi yâumujyi wa Bushbuckridge aravuga ko umugabo we yamufunze igitsina akoresheje kole idasanzwe izi bakunze kwita super glue Uyu mugore utashatse kwivuga izina kubera ibibazo yahuye nabyo avuga ko ibyo byabaye hari ku itariki ya 9 Werurwe aho umugabo we yamufatiyeho umuhoro avuga ko agiye kumutema umutwe […]
Rubavu: Guhindagurika kwâabayobozi kwatumye akarere kadahigura Imihigo 12
Mu nama Njyanama isoza manda yateranye mu cyumweru gishize, ubuyobozi bwâakarere ka Rubavu bwatangaje ko ihindagurika rya hato na hato ryâabayobozi ryatumye akarere ka Rubavu kadahigura imihigo 12 ikomeye kari kariyemeje guhigura. Njyanama irasaba abayobozi bazatorwa gutangirira ku mihigo 12 isize idahiguwe kubanza kuyihigura indi ikaza nyuma. Abari muri iyi nama, bagaragaje ko imbogamizi zabaye […]
Ikigo ââCentre Socio Culturel Twese Hamweââ gikomeje gutanga ikaze ku bifuza kwitegurira ejo habo heza
Mu gihe itangira ryâamashuri ryegereje, ishuri ryâImyuga Centre Socio Culturel Twese Hamwe riherereye ku Kacyiru ho mu karere ka Gasabo riributsa abifuza kuryigamo ubumenyingiro mu bijyanye n ‘ amahoteli, gutunganya imisatsi n ‘ ubwiza bw ‘u ruhu kubangukira kwiyandikisha imyanya itararangira. Nyuma yâimyaka irindwi batanga amasomo yâubumenyi ngiro bwavuzwe haruguru, ku nshuro yaryo ya munani […]
Ubuzima bwa Rose Muhando buri mu kaga nyuma yo kurumwa nâinzoka yâubumara
Umuhanzi w’indirimbo za Gospel, Rose Muhando wo mu gihugu cya Tanzaniya, ubu ngo ari mu bitaro nyuma yo kurumwa nâinzoka yâubumara. Nkâuko byatangajwe nâurubuga Global Publishers rwo muri Tanzaniya, ngo Muhando wamamaye mu ndirimbo Nibebe, Jipange Sawa sawa,⊠ngo yarumwe nâinzoka ku wa kabiri wâicyumweru gishize tariki ya 19 Mutarama, ubu ngo akaba akirembeye mu […]
Uburyo umugore yafasha umugabo kumunyaza neza bitomoye
Abantu bâingeri bamaze igihe kinini babaza niba kunyaza cyangwa kunyara bibaho, nâuburyo abagabo bashobora kubikora nabi bikaba ari bimwe mu bituma abagore babo batanyara bamwe bati,Kunyara bivugwa mu mibonano mpuzabitsina hari aho bihurira no kunyara inkari zisanzwe, abandi bati ese niba ari byiza bakora iki ngo bibabeho. Ubundi Umugabo uri kunyaza yirindako igitsina cye kigwa, […]
Nâubwo ari kwiyamamaza ku mwanya wa Perezida, Amama Mbabazi yanze gusezera burundu muri NRM
Patrick Amama MbabaziUmukandida wigenga ku mwanya wa Perezida wa Repubulika muri Uganda yavuze ko nubwo atakiri mu ishyaka rya NRM iri ku butegetsi ngo adateze gutanga ikarita ya NRM kuko nta nâumwe abona yayiha. Uyu mukandida umwe mu bashinze ishyaka rya NRM ndetse akaba yarabaye Minisitiri wâIntebe umwanya yirukanyweho mu mwaka wa 2014 avuga ko […]
Umuhanzi Lucky Douce azanye imbaraga nshya mu ruhando rwa muzika Nyarwanda
Umuhanzi uzamukanye imbaraga zidasanzwe muri muzika nyarwanda Lucky Douce umaze igihe kitari kinini mu ruhando rwa muzika nyarwanda ngo aje yabukereye aje kunga mu rya bakuru be ndetse na bashikibe bahuriye mu muziki. Ubusanzwe uyu musore amazina yiswe nâababyeyi ni Nshimiyimana Gilibert mu muziki akaba akoresha Lucky Douce. Lucky aganira na Bwiza.com, yatangaje ko yatangiye […]
Abasirikare 5 ba leta bishwe abandi 10 barakomereka mu mirwano yabereye Bururi.
Mu mirwano yashyamiranyije abarwanya leta muri Bururi yahitanye abasirikare batanu naho abandi 10 barakomereka. Iyo mirwano ikaba yatangijwe nâingabo nâabapolisi ba leta bagabye igitero kuri aba barwanyi batavuga rumwe na leta iriho mu Burundi. Iyo ntambara yabereye mu ishyamba rya Bururi rihana imbibi nâumujyi wa Bujumbura. Abaturage bo ku musozi wa Rubimba uhana imbibi na […]
Maj.Desire Uwamahoro ufatwa nkâuwasimbuye Gen Adolphe Nshimiyimana wishwe, yakozwe mu biganza
Nyuma yâurupfu rwa Gen Adolphe Nshimiyimana wafatwaga nkâinkingi ikomeye ya CNDD FDD ndetse akaba nâuwari ushinzwe umutekano bwite wa Perezida Nkurunziza, byakomeje kuvugwa ko Desire Uwamahoro ari we ubu wamusimbuye mu bikorwa byo guhangana nâabatavuga rumwe nâubuyobozi bwa Nkurunziza bityo ubu yahawe igihembo cyâishimwe. Alain Guillaume Bunyoni, Minisitiri ushinzwe umutekano mu gihugu niwe watanze ibi […]
Alelua Joseph umukinnyi wâu Rwanda yabaye uwa mbere muri âLa Tropicale Amissa Bongo 2016â
Abakinnyi bâikipe yâu Rwanda yo gusiganwa ku magare bitwaye neza mu irushanwa ritangiza umwaka wâimikino muri Afurika âLa Tropicale Amissa Bongo 2016â. Iri siganwa ribera muri Gabon ryatangiye taliki 18 risozwa taliki 24 Mutarama 2016. U Rwanda rwari ruhagarariwe nâabakinnyi 6 ari bo Hadi Janvier, Bintunimana Emile, Byukusenge Patrick, Uwizeye Jean Claude, Areruya Joseph na […]
Rwamagana: Polisi yafashe abagabo babiri basabaga ruswa Umuturage biyitirira Polisi yâIgihugu
Abagabo babiri aribo Nkundwanabose Jean Claude na Uwukunda Elise bafashwe na Polisi yâu Rwanda mu karere ka Rwamagana tariki ya 24 Mutarama nyuma yo gutekera umutwe umuturage wo mu murenge wa Kigabiro biyita ko ari abapolisi bakamusaba amafaranga ya ruswa bavuga ko acuruza kanyanga. Asobanura uko byagenze,uyu muturage witwa Gahiza Laurent yagize ati:â baje iwanjye […]
Itorero ADEPR riranyomoza abavuga ko Abapasitori ba ADEPR 11 bahunze
Itorero rya Pantekote ryo mu Rwanda ADEPR riranyomoza amakuru avuga ko abapasitori 11 bo mu Karere ka Rusizi na Nyamasheke bahunze Itorero nk’uko byasohotse mu bitangazamakuru tariki ya 23 Mutarama 2016 bifite umutwe ugira uti “Abapasitoro 11 muri ADEPR bamanitse Bibiliya bahunga Pst Tom Rwagasana.” Itorero rya ADEPR riratangaza ko abo bapasiteri 11 bavuzwe n’ibitangazamakuru […]
Amateka nâumuco: Uko abanyarwanda bagiye batera imbere mu myambarire
Uko amateka abigaragaza mu Rwanda ngo abanyarwanda batangiye bambara imyenda ikoze bibabi bigenda bizamuka bigera ku mpu kugeza aho ubu basigaye bambara imyenda isanzwe ikozwe mu budodo busanzwe. Ngo mu gihe cya kera basaga nkâabambara batikwije ariko kuri ubu basigaye bambara bikwije. Ese waba uzi uko aya mateka yahindutse. Dore uko amateka agenga imyambarire yagiye […]
Bebe Cool nâumugore we Zuena bizihije isabukuru yâimyaka 13 bamaze babana
Kuri uyu wa mbere tariki ya 25 Mutarama 2016, icyamamare cyo muri Uganda, Bebe Cool nâumukunzi we Zuena Kirema bizihije isabukuru yâimyaka 13 bamaze babana. Uyu munyabigwi umaze kubyarana nâumugore we abana batanu, yagaragaje ibyishimo bidasanzwe aho yabisangije abakunzi be abinyujije ku rukuta rwe rwa Facebook ahashyira amafoto yâabana be bose. Bebe Cool yagize ati:â […]
Ibyiza 10 byo gukora imibonano mpuzabitsina buri munsi
Dusanzwe tuziko uretse indwara nâimyaku nta kindi cyiza cyâubusambanyi. Nyamara imibonano mpuzabitsina ku bashakanye ni ingenzi cyane byaba ku rukundo rwabo no ku buzima bwabo muri rusange. Ubusanzwe akamaro ka mbere kâimibonano mpuzabitsina ku bashakanye ni ukororoka, ikindi nuko byongera kwisanzuranaho no gukomeza urukundo rwabo. Si ibyo gusa kuko imibonano mpuzabitsina yongerera ubuzima bwiza abashakanye. […]
Bidasubirwaho, Amerika nâUburusiya bigiye gupimana imbaraga benshi basesenguramo intambara ya 3 yâisi
Visi-Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Joe Biden yatangaje kuri uyu wa gatandatu taliki ya 23 Mutarama 2016 ko igihugu cye gifatanyije nâigihugu cya Turukiya byiteguye gukoresha inzira yâintambara mu gukemura ibibazo biri muri Siriya niba inzira yâibiganiro ntacyo ishoboye kugeraho. Biden akaba yavuze ko Amerika izafasha igihugu cya Turukiya urugamba rwo kurwanya umutwe […]
U Burundi bushobora kuba bugiye kwirukanwa burundu muri EAC na AU
Mu nama yâabadepite bagize umuryango wa furika yâUburasirazuba izamara icyumweru yateraniye muri Tanzaniya kuri uyu wa mbere yiga ku kibazo cyâumutekano muke mu gihugu cyâu Burundi, yasabye ko abadepite bahagarariye Leta yâu Burundi muri EALA bahezwa mu biganiro bisaba ko u Burundi bwirukanwa muri EAC. Ishyirahamwe ryâabunganizi mu mategeko rya EAC (PALU) ndetse nâihuriro rya […]
Nyuma yo guhambirizwa mu ikipe ya Chelsea, Jose Mourinho yagaragaje ko yifuza kuza muri Man. Utd
Jose Mourinho wahoze atoza ikipe ya Chelsea akaza gutsindwa nâamakipe atabarika bikanamuviramo guhambirizwa riva, ubu noneho yandikiye ubuyobozi bwâikipe ya Manchester United ibaruwa ifite amapaji 6 asobanura uburyo yiyumvamo kuba yatoza iyi kipe, kandi ko yashobora kubahiriza amahame ayigenga. Mourinho wirukanwe muri Chelsea mu kwezi gushize, yeruye avuga ibiri ku mutima we, aho yatangaje ko […]
Ese ni kuki abakristo bagomba gusenga mu izina rya Yesu?
Abasobanura gusenga bavuga ko ari igikorwa cyo kuganira nâ Imana mu buryo bweruye. Abakristo ndetse nâ abandi bizera ko Kristo ari umwami nâ umukiza wâ ubugingo bwabo basenga mu izina rya Yesu kuko ari ryo zina ryonyine abantu bahawe mu ijuru no mu isi bakwiye gukirizwamo. Nkuko bivugwa muri Yohana 14:13-14, ijambo ryâ Imana rigira […]
FDLR yambuwe abana 355 yakoreshaga mu gisirikare cyayo
Muri raporo yashyizwe hanze na Loni kuri iki cyumweru tariki ya 24 Mutarama 2016, yagaragaje ko abana 1195 bakuwe mu mitwe yâinyeshyamba zirwanira mu mashyamba ya Congo, 355 ni abakuwe mu mutwe wa FDLR. Aba bana bose uko ari 1195 bari abarwanyi bâinyeshyamba zirwanira mu burasirazuba bwa RDC, bakaba barakuwe muri iyo mitwe mu mwaka […]
Gicumbi:Abaturage bavuga ko batazi icyo televiziyo zimara ku biro byâ utugari mu gihe nta makuru bazibonaho
Iyo ugeze hirya no hino mu karere ka Gicumbi cyane cyane ku biro byâutugari tumwe na tumwe nâahandi hahurira abantu benshi hamwe na hamwe kuko atari hose,uhasanga za televiziyo ,icyo abantu batari bake bahita bibaza akaba ari aho zaturutse ariko kandi bakanibaza icyo ziba zihamara mu gihe ziba zizimije cyangwa se hamwe na hamwe zitari […]
Kicukiro: Abagabo babiri bafashwe bagerageza guha umupolisi ruswa
Utabarutse Emmanuel 25 yâamavuko na Dushimiyimana Omar, bafashwe ku itariki 23 Mutarama uyu mwaka bagerageza guha umupolisi ruswa yâibihumbi mirongo itanu (50,000) byâamafaranga yâu Rwanda , nyuma yo gufatanwa udupfunyika 70 twâurumogi mu mukwabu wakozwe na Polisi yâu Rwanda mu kagali ka Kigabiro, umurenge wa Niboyi ho mu karere ka Kicukiro. Kuri iki cyaha, Umuvugizi […]
Nyuma yo gusambana na Wema Sepetu na Zari, Diamond akeka ko yaba yarabyaranye nâundi mugore
Umuhanzi Diamond Platnumz ukomoka muri Tanzania, nyuma yo kuvugwaho byinshi ko yaba atabyara akaza kugaragaza amashirakinyoma ubwo yabyaranaga nâumuherwe Zari, kuri ubu uyu musore arakeka ko yafa yarabyaranye nâundi mugore. Mu kiganiro uyu muhanzi yagiranye na radio TBC FM, ku cyumweru taiki ya 24 Mutarama 2016, yavuze ko mu mwaka wa 2010 yigeze kugirana ibihe […]
Ubwumvikane buke hagati ya MINEDUC na REB buranugwanugwa
Kuva aho Minisiteri yâuburezi ( MINEDUC) itangarije amanota yâabakoze ibizamini bisoza amashuri abanza nâicyiciro rusange, ubu iyi Minisiteri ntiri kumvikana nâikigo cyayo gishinzwe uburezi aho bashingira ko ibi bigo byombi byananiwe kumvikana ku byerekeranye nâaho abatsinze baziga ndetse no kuvuguruzanya ku inota ryâifatizo. Mu gihe habura icyumweru ngo umwaka wâamashuri abanza nâayisumbuye wa 2016 utangire, […]
Col. Jules Ndihokubwayo yihakanye umutwe wa gisirikare Gen.Niyombare abereye umuyobozi
Mu gihe byatangazwaga Col. Jules Ndihokubwayo yaba ari mu mutwe wa gisirikare FOREBU( Forces rĂ©publicaines burundaises ) wâabarwanya Leta ya Nkurunziza, yahakanye aya makuru yivuye inyuma ko ntaho ahuriye nawo. Mu kiganiro yagiranye na radiyo yâigihugu rtnb, Colonel Jules Ndihokubwayo yavuze ko ntaho ahuriye nâuwo mutwe wâinyeshyamba zirwanya ubutegetsi buriho, ko uwo mutwe awumva nkâuko […]
Nyarugenge: Urubyiruko rwâabaskuti rwakanguriwe kurwanya icuruzwa yâabantu
Urubyiruko rwâabaskuti rugera kuri 40 rwo mu karere ka Nyarugenge rwahawe ubumenyi ku icuruzwa ryâabantu ndetse rusabwa kugira uruhare mu kurwanya icyo cyaha cyane cyane batungira agatoki Polisi yâu Rwanda nâizindi nzego abakora ibyo bikorwa bibi bigayitse kugira ngo habeho kubikumira no gufata ababyishoramo. Ubu butumwa babuhawe tariki ya 22 Mutarama mu gikorwa bariya bahagarariye […]
Nâinka za Data narazitaye nkanswe uwo muturika wanyu âCol Tom Byabagambaâ
Mu rubanza ubushinjacyaha bwa gisirikare buregamo Brig Gen Frank Rusagara, Tom Byabagamba na Sgt Francois Kabayiza, Col yongeye kugaragaza ko agaciro aha ikirego cyo guhishira abatunze intwaro mu buryo bunyuranye nâamategeko katagereranywa nâumubyeyi we wari urembye. Col Tom Byabagamba muri uru rubanza yagarutsweho aho yavugaga ko yahawe imbunda akanga kuzitanga ku bushake. Urukiko rwavuze ko […]
Leonce Ngendakumana yunze mu rya Bagaza J.Baptiste, ko abasirikare ibihumbi 5 ba UA bakwiye kwinjira ku ngufu
Mu gihe Leta yâu Burundi ikomeje gutsimbarara yanga ko ingabo za UA zoherezwa mu gihugu guhagarika ubwicanyi, bamwe mu banyapolitiki mu Burundi bakomeje gusaba izi ngabo kuza vuba ndetse ko bidakwiye ko zizategereza umunsi Leta yâu Burundi izaba yazemereye, ko zikenewe cyane ngo zihagarike ubwicanyi. Ibi byashimangiwe na Leonce Ngendakumana, Umuyobozi w’ishyaka ADC Ikibiri, uvuga […]
Muhanga: Abagize urwego rwa DASSO barijujutira kwamburwa amapeti bari barambitswe
Bamwe mu bagize urwego rwa DASSO (District Administration Security Support Organ ) mu karere ka Muhanga bagaragaje ko bababajwe cyane no kwamburwa amapeti bari barambitswe umwaka ushize. Aba bagize uru rwego, batangaje ko bahamagawe nâubuyobozi bwâakarere, bahageze bamburwa amapeti bari barahawe, akarere kayabambuye kakaba karabatangarije ko ari amabwiriza kahawe na Minisitiri yâUbutegetsi bwâIgihugu (MINALOC). Mugengana […]
Mukobwa/mugore dore ibyo ugomba kwitaho mu gihe wakoze imibonano mpuzabitsina bwa mbere
Mugore, mu gihe warushinze wageze mu rwawe birashoboKa ko bitakoroheye ko wakoze imibonano mpuzabitsina bwa mbere, ariko nyine niko zubakwa, ugomba kumenya uburyo witwararikamo ndetse nâibyo ugomba kugirango urusheho kunezeza uwo mwarwubakanye. Dore ibyo usabwa -Nyuma yo guhuza ibitsina bwa mbere ushobora kumva ushimishijwe no kuba wabikoze, ushobora kumva se wiyandaritse ariko sibyo nta muntu […]
Ntibisanzwe:Nubwo akiri ingaragu Uzabakiriho Etienne yahawe inshingano yo kuyobora Amajyaruguru nka Bishop -AMAFOTO
ku munsi wejo mu mujyi wa Kigali nibwo itorero EPEMR ryimitse ryatanze inshingano ku Abadiyakoni,aba Pasiteri,Abavugabutumwa ndetse n’aba Bishop 2 harimo nuyu Uzabakiriho Etienne ukiri ingaragu iki kikaba ari ikintu kitamenyerewe kubona umuntu w’umusore agera ku inshingano ya Bishop. uyu muhango wabereye mu Karere Ka Gasabo ku Kimironko wari witabiriwe n’imiryango yaba bahawe inshingano watangijwe […]
Umwana yavutse afite umutwe utuzuye nâamaso ameze nkayâigikeri- REMA AMAFOTO
Uyu mwana yavukiye mu gihugu cyâu Buhinde, avukira mu bitaro â Sai Nursing Home clinicâ biherereye mu majyaruguru yâUbuhinde. Savita Rani wâimyaka 32 yâamavuko niwe wibarutse uyu mwana wari utangaje, akaba yaramubyaye neza atabazwe, kuwa kabiri tariki tariki ya 19 Mutaram 2016. Nk’uko byatangajwe na Dailymail, ngo uyu mwana wari wavutse atangaje, nyuma yâiminsi ibiri […]
Umuriro ushobora kwaka hagati ya Burkina Faso na Cote dâIvoire, ibifaru byashyizwe ku mipaka
Ubwumvikane buke hagati yâibihugu byombi butangiye kugaragara nyuma yaho abahoze mu gisirikare cya Burkina Faso bagabiye ibitero kuri iki gihugu, bakabigaba ahasanzwe hazwi ko ariho habikwa ibikoresho bya gisirikare, ubu bikaba bicyekwa ko Cote dâIvoire ibifitemo uruhare. Ibi bitero byagabwe ku muhanda Kwame MâKruman mu gace ka Yimdi bikaba bitangazwa ko ibyo bitero byagabwe nâabahoze […]
Abana barasabwa kugenda banywera amata mu nzira aho kuyagemura batazi uko asa-Hon Gatabazi JMV
Nyuma yâ igihe kirekire mu karere ka Gicumbi kari mu ntara yâ Amajyaruguru hagaragara ikibazo cyâ imirire mibi kandi aka karere kaza mu turere twa mbere mu gihugu mu dufite umukamo mwinshi , ubu ubuyobozi bwafashe umwanzuro wâ uko abana bagiye gushishikarizwa kujya bagenda banywera amata mu nzira aho kuyageza aho bayagemura dore ko akenshi […]
Indimi 5 zo kuryoherwa nâurukundo ukageza no mu zabukuru
Ubundi muri kamere muntu habamo amarangamutima ( Emotion ) ariyo amutera kubona umuntu mugenzi we akumva aramukunze ibi bikagenda bikura kugezaubwo abakundana biyemeza kubana. Nyamara ariko muri iki gihe nâingo nyinshi zigenda zisenyuka nyuma yâigihe gito zimaze zishinzwe. Rimwe na rimwe ugasanga impamvu zitumye zisenyuka idasobanutse. Kugira ngo rero mubashe kugira urukundo ruzira icyaruhungabanya ni […]
Randal Koene agiye gushyiraho ikoranabuhanga rizarinda umuntu gupfa.
Umuhanga mu mikorere yâubwonko( Neuroscience) Randal Koene, aremeza ko mu minsi iri imbere azaha abantu ububasha bwo kudapfa, bakabaho ubuziraherezo. Ibi ni ibigaragazwa nâubushakashatsi amaze iminsi akoze ku muntu ubwo yibaza icyazatuma umuntu atongera gupfa. Daily mail ivuga ko uyu muhanga mu mikorere yâubwonko yemeza ko mu gihe kitarambiranye araba ashobora kohereza Roho yâumuntu muri […]
Abapasitoro 11 muri ADEPR bamanitse Bibiliya bahunga Past Tom Rwagasana
Abapasitoro 11 bo mu ntara yâUburengerazuba mu turere twa Rusizi na Nyamasheke bahagaritse akazi kabo kâubupasiteri bavuga ko bahunze Umuvugizi wungirije wâitorero ADEPR Tom Rwagasana. Aba bapasitoro bavuga ko Tom Rwagasana abatoteza. Ikinyamakuru Ingenzi dukesha aya makuru kivuga ko aba bapasitoro kugira ngo batoroke ahanini hadutse amakuru avuga ko umuvugizi wâitorero ashaka kwifashisha abakirisitu kugira […]
HPV ni indwara yandurira mu mibonano mpuzabitsina idakangwa nâagakingirizo
Virus HPV yandurira mu mibonano mpuzabitsina kandi ntibigombera ko abantu baba basambanye ngo bagere ku byishimo bya nyuma ni ukuvuga igihe habayeho kurangiza ku mpande zombi. Impamvu bimeze gutyo ni uko kugirango umuntu yandure iyi virus bihagije gusa ko uruhu rwe rwikuba ku ruhu rwâuyirwaye. Ahandi yandurira mu buryo bworoshye ni mu gusomana byaba umunwa […]
Gicumbi: Mu kwezi kumwe mu mudugudu umwe ku myaka imwe umusore wa kabiri yiyahuye mu buryo bumwe
Mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatanu rishyira iryo kuri uyu wa Gatandatu tariki 23 Mutarama umwaka wa 2016 ni bwo hatangajwe inkuru yâ urupfu rwâ umusore Itangishatse Patrick. Hari mu masaha ya saa atanu ashyira saa sita zâ ijoro ubwo uyu musore uri mu kigero cyâimyaka 21 wabanaga na nyirakuru mu mudugudu wa Mukeri,akagari […]
Burundi : Perezida Nkurunziza yanze kuva ku izima ku iyoherezwa ryâingabo za MAPROBU
Perezida wâu Burundi Pierre Nkurunziza yaraye ashwishuje intumwa za ONU mu Burundi ko nta ngabo yâamahanga ikenewe ku butaka bwâu Burundi kuko igihugu kihagije ku mutekano. Mu rugendo rwâamasaha make bamaze mu mugi wa Bujumbura intumwa za ONU 15 zakomeje urugendo rwazo zigana I Gitega kubonana na Perezida Pierre Nkurunziza ari naho atuye. Mu byo […]
Burundi : Urubyiruko rurahigwa bukware
Mu gihe umutekano ukomeje kuba muke mu Burundi, ubu amakuru ava muri iki gihugu aravuga ko urubyiruko cyane cyane abasore bagize uruhare mu myigaragambyo mu kwezi kwa kane umwaka ushize batabwa muri yombi nâinzego zâumutekano, bamwe bagafungirwa ahantu hatazwi abandi bakarigiswa. Ngo abenshi muri aba batabwa muri yombi ntibazi ibya politiki ntanâiyo bagezemo . Ngo […]
Umunyezamu wa Manchester amaze hafi imyaka 4 nta mukino nâumwe arakina
Umunyezamu wa Manchester City Richard Wright, wasinye mu minsi 1,240 ishize (kuwa 30 Kanama 2012), ntarakina nâumukino nâumwe kugeza ubu. Inkuru ya The Daily Mail iravuga ko Richard Wright ahembwa ÂŁ350,000 ku mwaka. Kuba amaze iriya minsi yavuzwe haruguru, nâukuvuga ko amaze imyaka irenga 4 adakina. Kandi ngo kuba adakina ntibimubuza kujyana nâabandi mu ndege […]
Gicumbi: Abatunganya imisatsi barashinja ubuyobozi kubakenesha
Nyuma yuko mu mpera zâumwaka ushize wâ 2015 ubuyobozi bwâ akarere ka Gicumbi butangaje ko abantu batunganyiriza imisasti muri amwe mu mazu ari mu mujyi wa Gicumbi bagomba kwimuka bakajya gukorera ahandi ngo bitewe nâuko aho bakoreraga hari hegeranye nâahacururizwa inyama, uyu mwanzuro ntiwigeze unyura aba batunganya imisatsi kuko bifuzaga ko abacuruza inyama ari bo […]
Inzoka yâ impiri yishe umugabo wari uyororeye iwe mu rugo
Nkurikiyabandi Jean Pierre bitaga âBizigiraâ wari umuganga gakondo yishwe nâinzoka yâimpiri yari imaze amezi ane ayororeye iwe mu rugo. Nkurikiyabandi wâimyaka 54 yâamavuko yari umuganga gakondo ariko abenshi bakamwita umupfumu wa kabuhariwe yari atuye mu Kagari ka Gasoro mu Murenge wa Kigoma mu Karere ka Nyanza. Umugore wa Nyakwigendera Mukabucyana Elina yemeza ko umugabo we […]
Abasore 5 bafunzwe na Polisi kubera icyaha cy'ubwambuzi bushukana
ĂąâŹâčAbasore batanu bakomoka mu murenge umwe wa Cyabakamyi, mu karere ka Nyanza, mu Ntara yâAmajyepfo bafungiwe kuri Polisi yo mu Mujyi wa Kigali, aho bakurikiranyweho icyaha cyâubwambuzi bushukana, nyuma yo gutekera umutwe abantu batandukanye bakabarya amafaranga yabo. Abakurikiranyweho iki cyaha, ni Bikorimana Jeremie,Tumushime Emmanuel,Habineza Sosthene,Uzabakiriho Donat na Bamurebe Jerome. Umuvugizi wa Polisi yâu Rwanda Assistant […]
Amarante: ibyo kurya byiza cyane ku bana (AMARANTE GRAINE)
Umuyobozi Mukuru wa Hope Family LTD Madame Rutunda Bibiche aravuga ko Amarante (Imbwija) ari ikiribwa cyâingirakamaro ku bana. Ibi ni ibyo yabwiye Bwiza.com Ibiryo umwana arya bigira ingaruka ku mikorere ye ku ishuri, niyo mpamvu buri mubyeyi yakagombye gushishoza mu guhitamo ubwoko bwâibiribwa agaburira umwana we. Madame Rutunda Bibiche ati âUshobora kugaburira umwana ibiryo bihenze, […]
Abazunguzayi bakorera mu nkengero zâ isoko rya Gicumbi bararira ayo kwarika bemeza ko basora ariko bakirukanwa mu isoko
Bamwe mu bacuruziza mu nkengero yâ isoko rya Kijyambere rya Gicumbi bazwi ku izina ryâ Abazunguzayi baravuga ko basora amafaranga 200 bita imisoro yashyizweho ariko ngo ntibarenza saa yine zâ amanywa kuko inzego zicunga umutekano muri iri soko zibashushubikana ndetse nâ ibicuruzwa byabo bigafatirwa. Uku gushushubikanwa kandi batanga umusoro nibyo bituma basaba ubuyobozi bwâ akarere […]
Abantu 2 mu maboko ya polisi bazira ibura ryâumuriro kuri stade ya Huye
Polisi yâu Rwanda iravuga ko yataye muri yombi abantu babiri bakekwaho kugira uruhare mu ibura ryâamashanyarazi kuri stade ya Huye bigatuma umupira uhagaragara inshuro 2. Mu minota ibanza yâumukino wahuzaga Cameroun na Ethiopie umuriro kuri stade Huye wabuze iminota itatu. Uyu muriro wongeye nanone kubura ku munota wa 36 umara iminota 12 utaraboneka. Byari byavuzwe […]
u Rwanda ruraburirwa ko rushobora kwibasirwa El Nià ±o ishobora guhindura igice kitari gito ubutayu
Ibice byâu Rwanda na tumwe mu duce twâibihugu bigize akarere kâAfurika yo hagati nâiyâUburasirazuba hari ubwoba ko mu mezi ari imbere bishobora kwibasirwa nâibihe bidasanzwe byâimvura nâizuba kubera impinduka zâubushyuhe mu nyanja ya Pacifika zimenyerewe nka El Nià ±o. Ibiro byâumuryango wâabibumbye bishinzwe ubutabazi biheruka guteguza ko uduce twâibihugu bya Uganda, Tanzaniya, Kenya, u Rwanda, Uburundi […]