Umufuka w’amafaranga Nkurunziza yagabiye Agathon Rwasa ngo niwo wabaye imbarutso y’ ubugambanyi

Mu gihe Agathon Rwasa yari mu ruhando rw’abarwanya Perezida Nkurunziza kuri manda ye ya gatatu, benshi batunguwe no kumva ko yagiye mu nteko nshingamategeko nyuma yo gutsindwa amatora yegukanwe na Nkurunziza. Kuba Agathon Rwasa yaragiye muri Guverinoma, benshi babifashe nk’ubugambanyi, bikaba bitangazwa ko Perezida Nkurunziza yamuhaye amafaranga mbere y’uko bitangazwa ko ari we uzahagararira ishyaka […]

Kwambara ubusa no kwikinisha mu ruhame nibyo byaranze umuhanzi Miley Cyrus bikomeje kuvugisha benshi-AMAFOTO

Umuhanzi Miley Cyrus usanzwe uvugwaho imyitwarire idahwitse ahanini yo kwambara ubusa no gukoresha ibiyobyabwenge k uri iki cyumweru mu birori bya MTV VMA,yongeye kwigaragaza imbere y’abafana yikinisha nyuma yo kwambara imyenda imugaragaza ibice by’ibanga . Miley Cyrus umenyereweho udukoryo twinshi yari yitezweho n’ubundi ibitangaza, maze nawe nk’inararibonye ntiyigeze abatenguha ahubwo yahisemo kubagaragariza uko yavutse mu […]

Ugisha Inama: Nahishe mukuru wanjye ko umugabo we ansaba ko turyamana none mbuze epfo na ruguru

Umukunzi wa bwiza.com utashatse ko amazina ye atangazwa arasaba inama ku buzima abayemo butamworoheye, ubwo buzima bugoye ngo bukaba bugiye kumushyira mu mazi abira bityo akaba agisha inama. Aganira na Bwiza,com n’akababaro kenshi yagize ati “nitwa (….) nakuriye mu buzima bw’akababaro gusa ntabona impuhwe za kibyeyi kuko ababyeyi banjye nababuze nkiri muto gusa nari mfite […]

Urutonde rw’Abaperezida 5 bakize cyane muri Afurika

Ikinyamakuru forbes gikorera muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika cyandika k’ubukungu cyagaragaje abayobozi 5 b’Afurika bafite ubutunzi kurusha abandi, uru rutonde ni urwa 2014. 5.Paul Biya . Paul Biya ni umukuru w’igihugu cya Cameroun, yayoboye iki gihugu kuva 1982, amaze imyaka 31 k’ubuyobozi, yari afite 200 millions z’amadorari y’abanyamerika. Uhuru Kenyata Uyu mu perezida se […]

Abateguye igitaramo cy’umuhanzi Israel Mbonyi batumye bamwe mu bakunzi be bakabakaba 500 bataha babavumira ku gahera-Amafoto

Kuri iki cyumweru tariki ya 30 Kanama 2015, nibwo umuhanzi Israel Mbonyi uririmba indirimbo zihimbaza Imana yakoze igitaramo “uri Number one Yesu” muri Kigali Serena Hotel, iyi concert ikaba yitabiriwe n’abatari bake hano mu Rwanda, icyaje gutungurana ni uko abitabiriye bose batinjiye n’ubwo bwose bari baguze amatike yo kubinjiza biza kurangira bikubuye bataha bamuvumira ku […]

Papa Francis yahaye umugisha ubutinganyi

Umuyobozi wa Kiliziya Gaturika ku isi arahamya ko ibyanditswe mu gatabo Piccolo Uoyo ko nta kibazo mu gihe benshi bemeza ko kamamaza ubutinganyi mu bana no mu bantu bakuru. Ibi Papa akaba yabihamije ubwo yahaga umugisha iki gitabo. Tariki ya 29 Kanama 2015, Papa Francis yishimiye ndetse aha umugisha agatabo gato kagenewe abana bo mu […]

Nyuma yo guhanura ko afite umwana uzaba Perezida wa USA, Ap. Gitwaza yavuze ko imperuka yatangiye

Umuyobozi wa Zion Temple Apotre Paul Gitwaza ubwo yigishaga ari imbere y’imbaga y’abantu avuga ibyo Imana yamubwiye, yatangaje ko mu bana afite harimo uzaba Perezida by’umwihariko wa Leta zunze ubumwe za Amerika, kuri ubu Gitwaza yongeye gutangaza ko ibirimo kubera ku isi ari ikimyenyetso cy’uko isi ngo igeze ku iherezo. Intambara z’urudaca, Ibiza birimo imitingito […]

Mineduc yongeye kuburira abanyeshuri bize n’abiga mu mashami yafunzwe muri zimwe muri kaminuza.

Kuva mu mpera z’icyumweru gishize Minisiteri y’uburezi ( MINEDUC) yashyize itangazo riburira abanyeshuri bashaka kwiyandikisha n’abiyandishije muri Kaminuza ya Kigali ishami rya Musanze na Mount Kenya ishami rya Rusizi ko ayo mashami afunzwe kubera ko hari ibyo ayo mashami atujuje. Kuri ubu Mineduc iravuga ko abize mu mashami Atari yemewe impamyabumenyi zabo nta gaciro zifite. […]

Umuyobozi w’inyeshyamba wahigishwaga uruhindu yishwe n’igisirikare cya Leta ya Congo (FARDC)

Bede Rusagara wari umuyobozi w’inyeshyamba MaĂ ÂŻ-MaĂ ÂŻ yishwe n’ingabo za Leta ya Congo nyuma y’igihe kirekire ahigwa kubera ibyaha yashinjwaga. Bede Rusagara yishwe kuwa gatandatu tariki ya 29 Kanama 2015, ubwo ingabo ze zakozanyagaho n’iza Leta araswa ubwo yahagarikwaga akanga I Kasenge muri teritwari ya Uvira (Sud-Kivu). Nk’uko byatangajwe na radiyo Okapi, ngo ingabo za Bede […]

Nyuma yo kwikoma abana batoragura imipira ,Abaganga…,Noneho Mourinho yikomye Eden Hazard

Umutoza w’ikipe ya Chelsea Jose Mourinho ,uzwiho kuba umutoza w’umuhanga kandi ukunda kuvuga cyane mu itangazamakuru yongeye kwikoma abakinnyi kubera gutsindwa undi mukino wabahuje na Crystal Palace ariko atunga agatoki cyane Eden Hazard. Nyuma y’aho ikipe ya Chelsea itsinzwe ibitego 2-1 n’ikipe ya Crystal Palace kuri uyu wa gatandatu,benshi mu bakunzi ba Chelsea n’abakurikiranira hafi […]

Police FC niyo yegukanye igikombe cy’Agaciro Development Fund

Kuri iki cyumweru taliki ya 30 Kanama, Police FC yegukanye igikombe cy’Agaciro Development Fund cy’umwaka wa 2015, itsinze Sunrise igitego 1-0 . Mu bice byombi by’umukino, habonetse amahirwe menshi ku mpande zombi ariko ntiyabyazwa umusaruro uko bikwiye ariko ku munota wa 25 w’umukino Ngomirakiza Hegman abasha kubonera igitego kimwe rukumbi ikipe ya Police. Police FC […]

Nyuma yo guhangana Korea zombi zigiye guhagarika gushyamirana

Nyuma y’uruhagarara hagati ya za Korea zombi iyaruguru n’iyepfo, amakuru aturuka i Seoul ku murwa mukuru wa Korea yepfo aremeza ko ubu impande zombi zahagaritse gushyamirana kandi ibyemezo byari byafashwe n’impande zombi zo gusaba ingabo kuryamira amajanja byahagaritswe nkuko bitangazwa n’ibiro ntaramakuru bya Korea yepfo Yonhap. Kuruhande rwa Korea ya ruguru ngo yemeye gukura ingabo […]

Turukiya n'u Rwanda bashyize umukono ku masezerano y’ubufatanye mu by’umutekano

Guverinoma z’u Rwanda na Turkiya bashyize umukono ku masezerano y’ubufatanye hongerwa imbaraga mu by’umutekano usanzwe urangwa hagati y’ibi bihugu byombi. Ibi bikaba byabereye i Ankara mu murwa mukuru w’igihugu cya Turukiya ,ku wa 28 Kanama 2015, igihugu cy’u Rwanda kikaba cyari gihagarariwe na Minisitiri w’umutekano mu gihugu, Sheikh Mussa Fazil Harerimana ubwo yari mu ruzinduko […]

Inkomoko y'ijambo “Gukora iyo bwabaga”

Uyu mugani baca ngo: “Yakoze iyo bwabaga”, cyangwa yakoze aho bwabaga, wakomotse kuri Nkoma ya Nkondogoro, Sekirasanyi Ikirozi cyo mu Marangara kitarogera ubusa uretse abagihaye ihene n’intama; ahasaga umwaka w’i 1500. Bawuca iyo babonye umuntu wacogoye ariko asanganywe imbaraga, babona ananiwe icyo yahoraga ashobora bakamubwira bati: “Kora iyo bwabaga!” Naho usanzwe atagira imbaraga zo gukora […]

Imyanya 8 y’akazi mu karere ka Bugesera (Deadline 2/9/2015)

Ubuyobozi bw’Akarere ka Bugesera burifuza gutanga akazi k’abakozi bagengwa na sitati rusange igenga abakozi ba leta ku myanya ikurikira: 1.L’Accountant Officer w’Umurenge (imyanya 6 mu Mirenge ya Nyarugenge, Rilima, Mayange, Mareba, Ruhuha, Mwogo). Uwifuza aka kazi agomba kuba afite impamyabushobozi yo mu rwego rwa AO muri kimwe muri ibi bikurikira: AO in Accounting, Finance, Management […]

Uburyo 12 wakoresha kugira ngo umukobwa mukundana akwimariremo kandi yitware nk’uwamaze gushyingirwa

N’ubwo muri iki gihe bivugwa ko nta rukundo rukibaho nyamara hari abirengagiza byose bagakunda by’ukuri ari ntacyo bakeneye,usibye urukundo gusa nibwo usanga umukobwa wakunze bene aka kageni yitwara nk’uwamaze gushaka nyamara rimwe na rimwe umusore atamwemeza by’ukuri ko bazabana. Ibi ni bimwe umusore yakorera umukobwa akamukunda kugeza ubwo yitwara nk’uwamaze gushyingirwa kandi mu rukundo rusanzwe […]

Ku myaka 91 Perezida Robert Mugabe yubatse inzu yakataraboneka- REBA AMAFOTO

Perezida Robert Mugabe wa Zimbabwe usaziye ku ntebe y’umukuru w’igihugu, ku myaka 91 yubakishije inzu ye bwite y’ibyumba 25 ikoranye ubugeni bujyanye n’imico y’abashinwa. Iyi nzu ngo ni iya Mugabe we ubwe, bitangazwa ko yubatswe mu mutungo we bwite ko ntaho ihuriye n’umutungo wa Leta, nk’uko byatngajwe n’ikinyamakuru Afrikalife. Mugabe ngo yubakiwe iyo nzu na […]

Bikomeje gucika :Umwiryane uri muri bamwe mu bayobozi bakuru b’itorero ry’ADEPR bapfa kwimurwa utumye amabanga ajya ku gasozi

Karangwa ati:Sinshobora kuva muri Nyarugenge kubera Mutuyemeriya utazi iyo ava niyo ajya.Mutuyemeriya nawe ati:Tom niba utimuye Karangwa ngo ajye Cyangugu amabanga yose ndayashyira ku isoko ntacyo nkiramira untukisha umuntu witwaza igisirikare.Imana nitabare naho ubundi byakomeye kuko barapiganirwa kuntama z’imana. nkuko tubikesha ikinyamakuru impamo nuko mu itorero rya ADEPR hagati ya Mutuyemeriya Christine ushinzwe umutungo wa […]

Mu mafoto dore uko byari byifashe mu ntambara yahuje Imvubu n’ingona

Amafoto adasanzwe y’intambara ikomeye hagati y’ingona n’imvubu muri Parike nkuru y’igihugu ya Afurika y’epfo Kruger National Park akomeje kuvugisha benshi aho imvubu yibasiye ingona bikarwana kugeza ubwo ingona itsinzwe igakuramo akayo karenge. Iy’intambara ikomeye hagati y’ingona n’imvubu yabaye mu masaha yo kugasusuruko ko kucyumweru taliki ya 16 Kanama 2015 mu mazi y’umugezi wo muri iyi […]

Mu karere ka Gasabo, abaturage bise umudugudu “ Warakoze Paul”

Mu rwego rwo gushimira Perezida Paul Kagame, Imiryango 48 igizwe n’abanyarwanda 166 birukanwe muri Tanzaniya yise umudugudu yatujwemo wo mu murenge wa Jabana akarere ka ”Warakoze Paul” Mu muhango wo gutaha ku mugaragaro izo nzu, aba baturage bagaragarije abayobozi n’abandi bari bitabiriye ibyo birori ibyishimo birenze ndetse banashimira umukuru w’igihugu wabafashije kubona aho batura. Mukakigeri […]

Gen Adolphe Nshimiyimana ubwo yaraswaga benshi ngo bikanze ko ari Perezida Nkurunziza wishwe

Kuwa 2 Kanama 2015, nibwo urupfu rwa Gen Adolphe Nshimiyimana wahoze ashinzwe urwego rw’iperereza i Burundi rwatangajwe, yishwe n’abantu bataramenyekana, abari bari aho yiciwe ngo bakaba barahise bakeka ko ari Perezida Nkurunziza wishwe bitewe n’uburyo umuhanda wari wateguwe nk’ugiye gucamo nyakubahwa. Amakuru atangazwa n’ikinyamakuru k’i Burundi, avuga ko mbere y’uko imodoka Gen Adolphe yari arimo […]

Dr Jiji uzwi ku mashusho y’urukozasoni yahishuye ibanga abagore bihariye bandi bagabo batamenye

Mugabukwari Janvier uzwi cyane nka Dr Jiji,umenyerewe cyane mu ndirimbo zisingiza abagore n’uburanga ndetse n’ibijyanye n’imibonano mpuzabitsina yahishuye ko hari ibanga abagore bihariye ari naryo rimutera iyi nganzo yibandaho mu bihangano bye. Dr Jiji w’imyaka 34 yasobanuye impamvu imutera kuririmba abagore,ibijyanye n’imibonano mpuzabitsina no gukora amashusho yiganjemo abakobwa bambaye ubusa. Nk’uko igihe kibitangaza ngo Dr […]

Ubwambure bw'abakobwa bwahinduwe amasahane yo kuriraho-AMAFOTO

Ubwo akabari kitwa Cruise Bar ko muri Australia kafungurwaga ku mugaragaro, kari gafite amasahane (amapulato, plateau) adasanzwe: ”abakobwa bambaye ubusa”. Muri ibyo birori, abakobwa bari baryamishijwe ku rubaho, bategurwaho imbuto, amaseri y’imineke ku mabere, imizabibu ku myanya y’ibanga, n’uduce twa Watermelon n’inanasi ku bibero. Umwe mu bakobwa bari bagizwe amasahani y’imbuto Iruhande rw’ayo masahane-muntu hari […]

Aho yaciye ntihaca urwango, Impamvu 10

Zimwe mu mpamvu zishobora gutuma abigeze gukundana nyuma bagatandukana bongera guhura bagakora imibonano mpuzabitsina Bamwe mu banyarwanda bavugako abigeze gukundana bitajya bigorana kongera, bavuga ko impamvu ari uko muba mwarakundanye cyane mukaza gutandukana bitewe n’impamvu zitandukanye ariko rimwe na rimwe ibihe mwagiranye ntibisibangane mu mitwe yanyu. Hari bamwe bemeza ko biterwa no kuba hari abakunda […]

Abicanyi 6 ba Mudahusha ba mbere ku isi

Ku isi hagiye havugwa ko abantu bishwe barashwe mu kivunge bakaraswa n’abantu batigeze bamenyekana bakunze kwita ba Mudahusha. Iyi nkuru irabagezaho ba mudahusa 5 ku isi bishe abantu benshi hirya no hino ku isi. Aba ba Mudahusha benshi bakaba bakomoka muri Amerika. Kugera kuri aya makuru hifashishijwe imbuga za Lodge warrior na Military Hot Topics […]

Arsenal na Man. United mu rugendo rukomeye rw’irushanwa rya UEFA Champions League

Kuri uyu wa kane taliki ya 27 Kanama nibwo habaye tombola y’amatsinda agize irushanwa rya UEFA Champions League ry’umwaka wa 2015-2016, amakipe 32 azitabira irushanwa rya Champions League yashyizwe mu matsinda 8 maze Manchester United na Arsenal zisanga mu matsinda y’urupfu. Mu makipe 4 yo mu gihugu cy’ubwongereza Manchester United ndetse na Arsenal zisanze mu […]

Ubushinwa: Nyuma yo gukura cyane umukecuru yameze ihembe

Umukecuru w’imyaka 87 y’amavuko mu gihugu cy’u Bushinwa yameze ihembe ryateye benshi impungenge aho barigereranya n’imyaka ye y’ubukure. Kugeza abaganga bagerageje kubaga iri hembe ariko byananiranye bakaba bavuga ko batewe ubwoba n’iri hembe riri gukura ubutitsa. Abaganga bo mu gihugu cy’u Bushinwa baratangaza ko babonye indwara yabateye ubwoba kuko itari isanzwe iboneka mu gihugu cyabo […]

Abaperezida 10 ba Afurika bagenda mu ndege z’akataraboneka

Abakuru b’ibihugu bya Afurika batandukanye bagiye bavugwaho kunyereza imitungo y’igihugu bakajya kuyibitsa mu mabanki y’I Bulayi abandi bayaguraho ibikoresho by’abagashize. Muri ibi bikoresho harimo imodoka zihenze ndetse n’indege zihenze cyane. Iyi nkuru iribanda ku ndege z’abagashize aba baperezida bagenderamo nk’uko tubikesha ikinyamakuru Africa Cadle. Angola President’s Plane (Embraer ERJ-135) Iyi ndege igendwamo na Perezida wa […]

Menya ikintu 1 kirusha ibindi kuba cyiza mu buzima bwa buri munsi

Ariko jyeweho kwegera Imana ni ko kwiza kuri jye, Umwami Uwiteka ni we ngize ubuhungiro, Kugira ngo namamaze imirimo wakoze yose. Zaburi 73:28 Mu bantu bafite ubunararibonye bwubuzima ntekereza ko ubuhamya bwe buri mu bice byinshi Dawidi arimo. Iyo avuze ngo naho Data na mama banta Uwiteka yantarura, aba yibutse ukuntu Se yamwohereje mu ntama […]

Niba Perezida atikuye ku butegetsi vuba ngo harakoreshwa izindi mbaraga

Umuryango SNARED w’abatavuga rumwe na leta ya Nkurunziza batangaje ko kuva tariki ya 26 Kanama uyu mwaka ko mu Burundi nta bayobozi bahari bemewe n’amategeko. Umuyobozi w’uwo muryango Leonard Nyangoma yasabye umukuru w’igihugu Petero Nkurunziza kurekura ubutegetsi cyangwa akemera ko hajyaho Leta y’inzibacyuho. Leonard Nyangome yavuze ko urugamba barimo bashobora gukoresha izindi mbaraga zidasanzwe, ikindi […]

Umugandekazi Mary Luswata uzwiho amafoto ashotora ngo azarongorwa ari uko basanze akiri isugi

Byanugawanugwaga ko umuhanzi Ziza Bafana yaba ari mu rukundo n’umunyamakuru Mary Luswata, mu minsi ishize nibwo guterana amagambo hagati yabo byatangiye na n’ubu bikaba bikomeje kugera aho umusore atangarije ko yakwemera kubana na Luswata asanze akiri isugi. Mu kiganiro “ big bang show” gica kuri Galaxy FM buri wa gatanu wa nyuma w’ukwezi, Ziza Bafana […]

Wokovu Celebration yizeweho impinduka zikomeye muri Gospel

tariki ya 20 kugeza ku cyumweru tariki 23 mu itorero rya ADEPR mu umujyi wa Kigali muri paroisse ya Kimihurura nibwo habaye igiterane cy’Iminsi ine cyiswe Wokovu Celebration cyateguwe n’umuhanzi Frere Manu. Ibi bitaramo byari byitabiriwe n’abantu batandukanye bisize impinduka zikomeye muri iyi paroisse nk’uko bitangazwa n’umuyobozi w’umudugudu wa ADEPR Kimihurura Pastor Ignace uvugako ari […]

Jean Daniel Mbanda wahoze ari Depite mu nteko aremeza ko Col Bagosora yaba afunzwe arengana

Jean Daniel Mbanda wahoze ari depite mu nteko ishinga amategeko yongeye kugaragara apfobya Jenoside yakorewe abatutsi kandi nawe ari umwe mu bayirokotse. Uyu mugabo w’igikwerere yemeza ko Colonel Bagosora Theoneste mu kumufunga bamurenganyije. Mu nyandiko yashyize ahagaragara Bwana Jean Daniel Mbanda aribaza impamvu Colonel ThĂ©oneste Bagosora afunzwe ndetse n’icyo yaba yarazize. Muri iyo nyandiko agira […]

Ubuhamya: Umunyarwanda uvuga uburyo yatewe n’abatinganyi i Burayi

Kera mu Rwanda hari imbyino yatangiraga itya:“Nagiye I Mbuye iyo igishyimbo kibatizwa bakacyita Karolina”.Iyo ndirimbo nayibukijwe n’ibintu byinshi nabonye mu bihugu nagenzemo. Dore nk’ibi: Umuhungu agafata agatoki ka mugenzi we bakajya mu butegetsi bati: “turakundana nimudushyingire”. Abategetsi bati: “dukurikije amategeko y’igihugu mu ngingo iyi n’iyi, turabashyingiye”. Ubukwe bugataha, ibirori bikaba. Abakobwa nabo bagafatana agatoki bakajya […]

Kaminuza ya Mount Kenya I Rusizi na Kaminuza ya Kigali I Musanze zahagaritswe

Inama nkuru y’amashuri makuru na za Kaminuza mu Rwanda, (Rwanda Higher Education Council) HEC, yahagaritse Kaminuza ya Mount Kenya ishami rya Rusizi hamwe na kaminuza ya Kigali ishami rya Musanze bazira kuba baratangije amwe mu mashami na gahunda z’amasomo kuko bitangwa zitabifitiye uburenganzira. Zimwe muri kaminuza zagezweho n’ iki cyemezo harimo Kaminuza ya Mount Kenya […]

Nyuma ya perezida Nkurunziza, habonetse abandi biyise ba Perezida b’u Burundi

Abarundi batangije gahunda y’icengezamatwara yo kwerekana ko Nkurunziza atari Perezida bacisha ku mbuga nkoranyambaga amafoto n’amashusho yabo barahirira kuyobora u Burundi. Manda ya Kabiri ya Nkurunziza yarangiye ku mugaragaro ku wa Gatatu ku ya 26 Kanama, nubwo yarahiye bitunguranye ku wa Kane w’icyumweru gishize , abamurwanya bavuga ko ubu nta Perezida bafite. Bakoresheje “Hashtag” yitwa […]

Gen. Bosco Ntaganda ushinjwa ibyaha by'intambara azaburana mu cyumweru gitaha

Urubanza rwa Bosco Ntaganda, ushinjwa ibyaha by’intambara muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ruzatangira ku ya 2 Nzeli 2015 ku Rukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha(ICC) i La Haye mu Buholandi. Ntaganda azisobanura ku byaha by’intambara 13, bitanu byo kwibasira inyoko muntu, ubwicanyi no kugerageza kwica, ibitero ku baturage, gufata ku ngufu n’ubucakara bushingiye ku gitsina, kwinjiza no […]

Hatangijwe uburyo bushya bw’ikoranabuhanga mu kugurisha amatike kuri Sitade

Minisiteri ya Siporo n’Umuco (MINISPOC) kubufatanye na sosiyete INNOVYS batangije uburyo bushya bwo kwinjira mu mikino itandukanye hakoreshejwe ikoranabuhanga mu kugura amatike. Ibi byatangajwe kuri uyu wa gatatu tariki ya 26 Kanama 2015, mu kiganiro n’abanyamakuru cyari kigamije gusobanura no kwerekana uko ubu buryo (system) buzakoreshwa. Umuyobozi w’ishami rya Siporo muri MINISPOC, Bugingo Emmanuel, atangiza […]

Perezida Mobutu inshuti magara na Habyarimana ari ku rutonde rw’abaperezida ba Afurika bisasiye imbaga y’abaturage

Mobutu Sese Seko Kuku Ngbendu Wa Za Banga yabaye Perezida wa Zaire (Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo), akaba yaramaze imyaka isaga 32 yicaye ku mwanya w’umukuru w’igihugu. Muri iyo myaka yose, Mobutu wari umusirikare utinyitse yaranzwe n’ubuyobozi butavugirwamo, igitugu,… akaba anashinjwa kuba yarisasiye abaturage babarirwa hagati y’ ibihumbi 40 na 70 ngo yagiye yica uruhongohongo […]

Ubuzima bwa Gén Cyrille Ndayirukiye wari ufatanyije na Gen.Niyombare muri kudeta ngo bwifashe nabi muri gereza

Perezida Pierre Nkurunziza yahaye inzego zishinzwe umutekano amezi 2 yo kuba zarangije gukemura ikibazo cy’umutekano muke uri mu gihugu by’umwihariko i Bujumbura mu murwa mukuru; mu gihe atangaza ibyo hari andi makuru yatangajwe avuga ko GĂ©n major Cyrille Ndayirukiye atorohewe muri gereza. GĂ©n Major Cyrille Ndayirukiye yahoze ari Minisitiri w’ingabo i Burundi akaba ari umwe […]

Impamvu 6 zituma abakobwa benshi badukana ingeso yo kwambara utujipo tw’impenure

Hari ababifata nk’iterambere mu gihe hari n’abanenga bemeza ko kwambara utwenda two hasi tw’impenure ari nko guta umuco bishya bishyira ku buraya. Zimye mu mpamvu zitera abakobwa kwambara impenure: 1.Kurangaza abasore/Abagabo: Mu gihe bamwe mu bakobwa baba bashaka abagabo babiruka inyuma, umukobwa usohotse aho atuye yambaye impenure bimufasha kwibazwaho n’abasore benshi cyangwa abagabo . Aho […]

Brazil: Joseph Biziyaremye yafashije Team Rwanda kwitwara neza muri Tour de Rio

Ikipe y’igihugu y’umukino w’ magare “Team Rwanda” yatangiye yitwara neza k u munsi wa mbere w’isiganwa rya “Tour de Rio” aho abasiganwa bakoze urugendo rureshya n’ibilometero 158 abanyarwanda bose bakaza mu myanya 46 ya mbere. Abanyarwanda 33 bitabiriye iri siganwa barimo Patrick Byukusenge ,Jean Bosco Nsengimana ,Joseph Aleluya ,Joseph Biziyaremye Hadi Jamvier [ …]n’ubwo bategukanye […]

U Burundi burashinja ubunyamabanga bwa EAC kubugambanira

Leta y’u Burundi iravuga ko ubunyamabanga bw’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba burimo kuyigambanira ngo ikurwe muri uyu muryango, nyuma y’aho u Budage binyuze mu kigega GIZ butangarije ko butazongera gutanga inkunga kuri uyu muryango, niba u Burundi bukomeje kuwubamo.   Nta gihe kinini gishize ubunyamabanga bwa EAC bwandikiwe n’ikigega GIZ, Leta y’u Budage icishamo inkunga igenera […]

Nyuma yo kugenda kwa Tonny,Touch Record isigaye ari iya Jay Polly wenyine

Nyuma yo gusezera Green P na Junior ndetse na Tonny mu nzu itunganya umuziki (Lebel) ya Touch ubu iyi nzu isigaye yihariwe na Jay Polly. Nyuma y’ibibazo by’uruhuri byaranze studio “Touch record” ari nabyo byatumye icikamo ibice bibiri ari byo Touch Record na Touch intertainment,ubu bamwe mu bakozi bayo n’abafatanyabikorwa bamaze gukuramo akabo karenge usibye […]

Ibigo 4 by’ubutasi bikaze cyane ku isi (ibikurikira)

Ubushize twari twabagejejeho urutonde rw’ibigo 6 by’ubutasi bikaze kurusha ibindi. Muri iyi nkuru tugiye kubakomereza ibindi bigo 4 by’ubutasi bikaze ndetse na zimwe mu nshingano z’ibi bigo. Ubu butasi bufasha igihugu kugira umutekano uhagije hifashishijwe amakuru y’ibanga ibi bigo by’ubutasi biba byabashije kugeraho Abakozi bakora muri ibi bigo bakunze kugirwa ibanga rikomeye kugira ngo babashe […]

Kayonza: Imodoka ya Police yakoze impanuka hapfa 3 abandi 11 barakomereka

Kuri uyu wa 27 Kanama 2018 saa tanu n’igice mu murenge wa Mukarange mu kagari ka Nyagatovu mu karere ka Kayonza, imodoka ya Police yari itwaye abafungwa bavanywe kuri Pariki bagera kuri 14 yakoze impanuka irenga umuhanda hapfa umupolisi wari uyitwaye n’abafungwa bagera kuri babiri, abandi barakomereka. Amakuru aturuka mu buyobozi bwa polisi avuga ko […]

7 JOBS at Baho Polyclinic Kigali/Rwanda (Deadline 31/8/2015)

Le Centre MĂ©dical Baho (CMB) voudrait recruter le personnel ci-après: The Centre MĂ©dical Baho (CMB) would like to recruit the following staff: 1.Un(e) infirmier(e) A1 ayant une expĂ©rience de travail de 5 ans au moins dont 2 ans en NĂ©onatologie. Elle doit parler Franà§ais et Anglais et Ă ÂŞtre à¢gĂ©e de 35-50 ans. A nurse A1 […]

Umwe mu basirikare ba FDLR yishwe n’icyo bagenzi be bita inzara ibugarije

Mu gihe ubuyobozi bwa MONUSCO butangaza ko inkunga zagenerwaga abahoze ari inyeshyamba za FDLR zahagaritswe, umwe muri bo yavuye mu bandi bikaba bitangazwa ko yazize inzara n’imibereho mibi ibugarije. Ku wa 16 Kamana 2015, nibwo umwe mu bahoze ari abarwanyi b’inyeshyamba za FDLR yapfuye, bikaba bitangazwa ko yazize imibereho mibi babayemo mu nkambi bashyizwemo i […]

Byamenyekanye ko YESU KRISTO yari umwirabura

Itsinda ry’abashakashatsi bo muri kaminuza ya “Tel Aviv” rishinzwe ibisigazwa bwo mu butaka bavumbuye impapuro mu ntara ya “Cisjordanie”, hafi y’ubuvumo bwa “Qumrà¢n”, kimwe n’impapuro z’inyanja izwi ku izina rya “mer Morte”, izo mpapuro zabonetse mu mwaka wa 1947 zikaba zigaragaza ishusho nyayo ya Yesu Kristo.   Izindi mpapuro zavumbuwe n’itsinda ry’abayahudi bitwaga aba EssĂ©niens, […]

Sobanukirwa n’icyo imirongo yo mu biganza isobanura naho bihurira n’imyitwarire y’umuntu mu rukundo

Mu gihe imirongo igaragara mu biganza by’abantu iba idasa, bitangazwa ko igira n’aho ihurira n’imyitwarire y’umuntu ndetse n’ubuzima abayemo mu rukundo. Nk’uko bitangazwa n’urubuga reshareworth, Inzobere zigaragaza isano ry’abantu bahuje ubwoko bw’imirongo yo mu kiganza,aya masano ahanini yibanda ku mico ya ba nyirayo n’uko bitwara mu rukundo. Habaho ubwoko 4 bw’imirongo yo mu kiganza bwose […]

Lt Gén. Adolphe Nshimirimana yishwe ngo yari ageze aho kwitwa akamana gato i Burundi

Ubwo Gen. Adolphe Nshimiyimana yashyingurwaga mu cyubahiro mu gace yari atuyemo ka Kamenge i Burundi, abaturage bamuvuze ibigwi ndetse ko akwiye gukorerwa ikibumbano. Mu gihe bamwe mu baturage bavuga ko babuze umuntu w’ingirakamaro mu bijyanye n’ubukungu, abandi bavuga ko yari inkingi ikomeye y’igisirikare cy’u Burundi ndetse ko yari afatiye runini Perezida Nkurunziza. Ikinyamakuru RPA (Radio […]

Umusore yaguwe gitumo arimo kwikeba ubugabo (igitsina)

Kayinamura Jean (amazina yahinduwe), umusore w’imyaka 20 utuye mu mudugudu wa Nyagahinika mu murenge wa Kigeyo mu karere ka Rutsiro, yagambiriye kwivanaho ubugabo bwe, akomwa mu nkokora na bagenzi be bamuguye gitumo atarangiza umugambi we. Byasabye ko abamubonye bihutira kumwambura icyuma yikebeshaga kugira ngo ubugabo bwe yari yamaze kurema uruguma budatakara. Uyu musore ubu uri […]

Babiri batawe muri yombi na polisi bazira gusambanya abana ku ngufu

Mu bihe bitandukanye, Polisi yafashe abagabo babiri bakekwaho gusambanya abana babakobwa mu Ntara y,Uburasirazuba. Uwitwa Modeste Habimfura w’imyaka 29 y’amavuko wo mu murenge wa Nasho ho mu karere ka Kirehe kuwa mbere tariki ya 25 Kanama yafashwe na polisi akekwaho gusambanya umwana w’imyaka 2 . Nubwo uyu mugabo ahakana ibyo aregwa, ariko umugore we ndetse […]

Uburyo wamenya umusore cyangwa umukobwa Imana yakugeneye

Ubundi hariho amagambo akomeye umusore cyangwa umukobwa w’umukirisito adakwiye gupfa gukinisha, ariko ubu ujya kumva ukumva umwana w’umukobwa abwiye umugabo ngo sheri bite ? Aha ngo ni ugukina. Ukumva umusore abwiye umugore w’abandi ngo ndagukunda cyane. Mwokagira Imana mwe mwitondere amagambo muvuga,mwipfusha indimi zanyu ubusa. Umukirisito nyakuri agomba kwiga gutegeka ururimi rwe cyane cyane iyo […]

RDC : Kwima inkunga FDLR ngo bishobora gutera ibibazo.

S osiyeti sivile n’imiryango itegamiye kuri leta ikorera muri Kivu y’amajyaruguru muri RDC ifite impungenge z’ibibazo bishobora kuvuka nyuma yo guhagarika inkunga yagenewe FDLR itanzwe na Monusco. Iyi nkunga yahagaritswe ikaba yari igenewe abarwanyi ba FDLR bashyize intwaro hasi baherereye hirya no hino mu nkambi bagenewe. Julien Paluku, Guverineri wa Kivu y’amajyaruguru nawe atangaza ko […]

Umutangabuhamya Fazzo nawe yahakanye ko ntacyo azi ku bya Bruce Melody na Diane

Cyiza Fabien uzwi cyane nka Producer Fazzo, wavuzwe cyane mu nkuru za Bruce Melodie na Diane ko baba bararyamanye iwe nawe ahari, yunze mu rya mugenzi we Amag The Black ahakana ko ntacyo abiziho ko nawe yabyumvise gutyo. Mu makuru yahise byatangajwe ko Bruce Melodie na Diane baryamanye mu rugo kwa Fazzo nawe ahari gusa […]

Abagore beretse Joseph Kabila urwo bamwanga bambara ubusa mu muhanda, none yongeye guhabwa impanuro

Mu ntangiriro z’uyu mwaka wa 2015 nibwo imvururu zavutse muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zikuruwe n’abatarashakaga ko Itegekonshinga rihindurwa, mu myigaragambyo yabaye n’abagore bashyizeho akabo bazenguruka umujyi bambara ubusa, none ngo mu gihe bigaragara ko Kabila afite inyota yo kuzarihindura yahawe impanuro. Ubwo abagore bazengurukaga mu gace ka Kananga ko muri RDC bambaye ubusa, […]

Nyuma y'imirwano ikomeye, umutwe wa Seleka wongeye kwigarurira agace ka Bambari

Nyuma y’imvururu zongeye kwaduka mu gace ka Bambari muri Centrafique, amakuru aturuka muri ako karere yemeza ko kuri ubu abarwanyi bahoze mu mutwe wa Seleka aribo bafite ako gace nyuma yuko abo mu mutwe wa Antibaraka bahunze. Muri ako gace karangwamo n’ingabo zo mugihugu cya Congo zibarirwa muri Minusca zishinzwe kubungabunga amahoro muri iki gihugu, […]

Umugore yashatse kwiyahuye urupfu ruramwanga

Umugore witwa Bahemukiyi Suzana, utuye mu mudugudu wa Buhindure, akagari ka Nkamba mu murenge wa Kigeyo, akarere ka Rutsiro yiyahuye ruramwanga, nyuma y’uko asabye umugabo we kwirukana umukobwa yabyaranye n’undi mugore, akabyaga. Uyu mugore w’imyaka 38, yasabye umugabo we kwirukana umukobwa w’imyaka 31 bareraga, yabyaranye n’umugore we wa mbere witabye Imana, umugabo abyanze umugore ahitamo […]