Paul Biya, Miaka 92, Awania Urais kwa Mara ya Nane: Je, Cameroon Yaongozwa na Wazee Pekee?

GridArt 20250716 151856389

Rais Paul Biya wa Cameroon alitangaza wiki iliyopita kuwa atawania urais kwa muhula wa nane, hatua ambayo inaweza kumfanya aongoze hadi atimize umri wa miaka 100. Biya, mwenye umri wa miaka 92, ndiye rais mzee zaidi duniani aliye madarakani kwa sasa. Kupitia ukurasa wake wa X, Biya alisema atagombea kwenye uchaguzi unaotarajiwa kufanyika Oktoba mwaka […]

Rayon Sports yasinyishije abakinnyi bashya

1752866472844

Ikipe ya Rayon Sports FC ikomeje gahunda yo kwiyubaka mbere y’umwaka w’imikino wa 2025/2026, aho yamaze gusinyisha myugariro Bayisenge Emery, ndetse inongerera amasezerano umukinnyi wo hagati Niyonzima Olivier Sefu. Bayisenge Emery wakiniye amakipe atandukanye arimo Gasogi United ndetse n’ikipe y’igihugu Amavubi, yasinye amasezerano y’umwaka umwe. Ku rundi ruhande, Niyonzima Sefu wari usanzwe ari umukinnyi wa […]

Ifungwa ry’umunyarwenya w’umunyarwanda muri Uganda ryateje urujijo

soroba1 330df

Hari urujijo ku itabwa muri yombi rya Swedi Habimana uzwi nka Soloba, umunyarwenya ukomeye mu Rwanda, aho amashusho yakwirakwiye ku mbuga nkoranyambaga amugaragaza yambaye amapingu yinjizwa ahantu hose bigaragaza ko ari kuri sitasiyo ya Polisi muri Uganda. Amakuru y’ibanze avuga ko Soloba yari yagiye muri Uganda mu mpera z’icyumweru gishize, aho bivugwa ko yari agiye […]

Polisi yaje ku mwanya wa mbere mu nzego zamunzwe na ruswa muri Kenya

73200759 1004

Raporo yashyizwe ahagaragara n’ishyirahamwe mpuzamahanga rirwanya ruswa n’ akarengane Transparency International mu gihugu cya Kenya yerekanye ko Igipolisi cy’ iki gihugu ari cyo kiza ku mwanya wa mbere mu nzego zamunzwe na ruswa n’ amanota 84% mu gihugu. Transparency International isohoye iyi raporo mu gihe igipolisi cya Kenya kimaze igihe kinini gishinjwa ibikorwa bikabije birimo […]

Perezida Kagame yagize Uwase Alice Umuyobozi Mukuru wa RMB

Perezida Paul Kagame kuri uyu wa Gatanu tariki ya 18 Nyakanga,  yagize Uwase Alice Umuyobozi Mukuru w’Urwego rw’Igihugu rushinzwe Mine, Gaz na Peteroli (RMB). Itangazo Minisitiri w’Intebe, Dr. Édouard Ngirente yasohoye mu cyimbo cy’Umukuru w’Igihugu ni ryo ryemeza ko Uwase yahawe ziriya nshingano. Uwase wari usanzwe ari Umuyobozi Mukuru wungirije wa RMB, yasimbuye Kamanzi Francis […]

Sud-Kivu: Ihuriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta ryakubitiwe inshuro muri Rurambo

FB IMG 1752054572147

Mu gitondo cyo kuri uyu wa gatanu tariki ya 18/07/2025 Twirwaneho yarwanye inkundura ubwo yasubizaga inyuma ibitero by’ iburiro ry’ ingabo zirwana ku ruhande rwa leta ya Congo ryabyutse rigaba ku baturage b’ Abanyamurenge muri Rurambo maze ibaha isomo rikomeye, inabambura intwaro zirimo n’ iziremereye. Ni ibikubiye mu butumwa MCN yahawe mu gitondo cyo kuri […]

Gen. Muhoozi yise Bobi Wine Umurundi

Bobi Wine Gen. Muhoozi Kainerugaba

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen. Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko umunyapolitiki Robert Ssentamu Kyagulanyi uzwi nka Bobi Wine atari umunya-Uganda, ko ahubwo ari Umurundi. Muhoozi usanzwe ari umuhungu wa Perezida Yoweri Kaguta Museveni, yise Kyagulanyi uyoboye abatavuga rumwe n’ubutegetsi bwa se umunyamahanga mu butumwa aheruka kwandika ku rubuga rwe rwa X. Yagize ati: “Kabobi (nk’uko […]

Urukiko rwategetse ko Ingabire Victoire afungwa iminsi 30 y’agateganyo

c409b040fbb442b3b7c029a75a8aa4ab 18 1

Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro rwafashe umwanzuro wo gufunga by’agateganyo mu gihe cy’iminsi 30 Ingabire Victoire Umuhoza, mu gihe hakomeje iperereza ku byaha bikomeye akurikiranyweho n’ubushinjacyaha. Nk’uko byatangajwe n’urukiko kuri uyu wa Gatanu, Ingabire akurikiranyweho ibyaha birimo gushishikariza abantu gukora ibikorwa bigamije kugirira nabi ubutegetsi buriho n’Umukuru w’Igihugu, hamwe no guteza imvururu cyangwa imidugararo muri rubanda. […]

Umunyarwenya Anne Kansiime yavuze ku ifoto ye yambaye ubusa

photo output 14 edited scaled 1

Umukinnyi w’urwenya w’Umunya-Uganda, Anne Kansiime, yongeye kuvugisha abantu ku mbuga nkoranyambaga nyuma y’uko hasakaye ifoto ye yambaye ubusa, ibice by’ibanga bye byonyine bipfutswe n’imbuto n’imboga. Iyi foto, yafashwe ubwo yari mu bikorwa byo gutegura igitaramo cye kizwi nka Comedy Grill muri Gicurasi 2025, yongeye gusakara kuri internet ndetse ikurura impaka ndende. Bamwe mu bakoresha imbuga […]

Igikombe cy’Amahoro cyo wenda twagitwara, ariko icya shampiyona ntitubibona: KNC

arton163842 43858

Perezida wa Gasogi United, Kakooza Nkukiza Charles, yemeye ko ikipe ye nta bushobozi ifite ubwo kuba yatwara igikombe cya shampiyona y’u Rwanda. KNC yabitangarije Radio & TV10, mu kiganiro aheruka kugirana n’iki gitangazamakuru. Muri iki kiganiro ubwo uyu mugabo yari abajijwe gusobanura uko umwaka ushize w’imikino wabagendekeye, yavuze ko ari umwaka w’imikino bishimiye uko wagenze […]

Miss Muyango aricuza kuba yarabaye icyamamare

Screenshot 20250718 1153462

Muyango Claudine, wamamaye mu Rwanda nyuma y’uko yitabiriye Miss Rwanda ndetse akaza no kuba umugore wa Kimenyi Yves wahoze ari umunyezamu w’Amavubi, yanditse ubutumwa burebure buhumuriza no gusaba imbabazi abakunzi be, yicuza kuba yarabaye icyamamare. Mu butumwa yanyujije kuri konti ye ya Instagram, Muyango yavuze ku bikomere yatewe no kumenyekana ku mbuga nkoranyambaga, ibinyoma byamuvuzweho, […]

EU yafatiye u Burusiya ibihano bishya

000 379G42Y scaled 1

Umuryango w’Ubumwe bw’ibihugu by’u Burayi wemeye gufatira u Burusiya ibihano bishya, byibasira inzego z’ingufu n’imari by’iki gihugu mu rwego rwo guca intege ubushobozi bwo gukomeza intambara bw’u Burusiya no kubuhatira guhagarika imirwano by’agateganyo muri Ukraine. Ibihano byemejwe kuri uyu wa Gatanu na ba ambasaderi ba EU i Buruseli, bibuza imikoranire yose n’amabanki 22 yo mu […]

Andre Kinyango wakiniye Mukura VS yapfuye

1752831523991

Umuryango wa Mukura Victory Sports watangaje inkuru ibabaje y’urupfu rwa Andre Kinyango, umwe mu banyabigwi b’iyi kipe wigeze kuyibera umunyezamu mbere ya 1977. Mu butumwa bwashyizwe ku rubuga rwa X rwa Mukura VS, bagize bati: “Umuryango wa Mukura Victory Sports ubabajwe no kumenyesha abakunzi b’umupira w’amaguru urupfu rw’umunyabigwi wacu Andre Kinyango.” Andre Kinyango azwi nk’umunyezamu […]

RDC yahamagaje Ambasaderi wa Uganda

3d71feda a8f9 4902 8749 b8f597c16ba8 768x488 1

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ThĂ©rèse Wagner Kayikwamba, yahamagaje Ambasaderi wa Uganda i Kinshasa kugira ngo asobanure impamvu igihugu cye cyafunguye imipaka igihuza n’ibice bya Uganda bigenzurwa na M23. Ku wa 10 Nyakanga ni bwo Uganda yafunguye imipaka irimo uwa Bunagana n’uwa Ishasha, nyuma y’itegeko ryatanzwe na Perezida Yoweri Kaguta Museveni. […]

Umuyobozi muri NAEB yatawe muri yombi na RIB

GwFwt7yWQAANSUO

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwataye muri yombi Habiyambere Maurice, Umuyobozi ushinzwe ibikorwa (Operations Manager) mu Kigo cy’Igihugu gishinzwe Guteza imbere Iyoherezwa mu mahanga ry’Ibikomoka ku Buhinzi n’Ubworozi (NAEB) ushinjwa ibyaha byo kwigwizaho umutungo n’iyezandonke. Ni nyuma y’iperereza ryakozwe ku imenyekanisha ry’umutungo we mu rwego rw’Umuvunyi, ritavugisha ukuri agamije guhisha inkomoko y’uwo mutungo. Ubu afungiwe kuri […]

AFC/M23 na FARDC birashinjanya gukomeza ibitero bititaye ku biganiro bya Doha

Ihuriro rya AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Kinshasa rirashinja Guverinoma ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo gukomeza kubagabaho ibitero ititaye ku biganiro by’amahoro bikomeje kubera i Doha muri Qatar. Ibi byatangajwe n’Umuvugizi Laurence Kanyuka, abinyujije kuri X kuri uyu wa Kane ushize, itariki 17 Nyakanga 2025. Yagize ati: “AFC / M23 iramenyesha imiryango mpuzamahanga ndetse n’amahanga […]

Ghasia Lubumbashi: Gavana Kyabula Atoweka Baada ya Kulaani Rwanda

bitmap 1200 nocrop 1 1 20250610215010403156 WhatsApp Image 2025 06 10 at 14.46.29

Yote yalianza tarehe 1 Julai kwenye mkutano ulioitishwa na Gavana Jacques Kyabula. Katika video iliyosambaa baadaye, alimshambulia Rwanda vikali, akilishutumu kwa kuanzisha vita mashariki mwa nchi. Kwa maoni yake, Rwanda linapaswa kuwa linalolengwa, badala ya Joseph Kabila (aliyekuwa Rais) na Corneille Nangaa, mratibu wa Alliance Fleuve Congo (AFC), ambao aliwataja kuwa Wakongo wa kweli. Aliongeza […]

Crise à Lubumbashi : le Gouverneur Kyabula introuvable après des propos virulents contre le Rwanda

bitmap 1200 nocrop 1 1 20250610215010403156 WhatsApp Image 2025 06 10 at 14.46.29

Tout a commencĂ© le 1er juillet lors d’une rĂ©union dirigĂ©e par le Gouverneur Jacques Kyabula. Dans une vidĂ©o qui a ensuite circulĂ©, il a violemment attaquĂ© le Rwanda, l’accusant d’avoir dĂ©clenchĂ© la guerre dans l’est du pays. Pour lui, le Rwanda doit ĂŞtre la prioritĂ©, au lieu de s’en prendre Ă  l’ancien PrĂ©sident Joseph Kabila […]

Tension in Lubumbashi: Governor Kyabula Disappears After Criticizing Rwanda

bitmap 1200 nocrop 1 1 20250610215010403156 WhatsApp Image 2025 06 10 at 14.46.29

Everything started on July 1st during a meeting led by Governor Jacques Kyabula. In a video that later surfaced, he heavily criticized Rwanda, accusing it of starting the war in the eastern part of the country. According to him, Rwanda must be the primary focus, instead of targeting former President Joseph Kabila and Corneille Nangaa, […]

Guverineri wa Haut Katanga amaze icyumweru aburiwe irengero

bitmap 1200 nocrop 1 1 20250610215010403156 WhatsApp Image 2025 06 10 at 14.46.29

Byose byatangiye ku itariki ya 1 Nyakanga mu nama Guverineri Jacques Kyabula yakoresheje. Muri videwo yagiye ahagaragara, yibasiye u Rwanda bikabije, arushinja kuba rwaratangije intambara mu burasirazuba bw’igihugu. Ku bwe, u Rwanda rugomba kwibandwaho, aho kwibanda k’uwahoze ari Perezida Joseph Kabila n’umuhuzabikorwa wa Alliance Fleuve Congo (AFC), Corneille Nangaa, avuga ko ari Abanyekongo. Yakomeje avuga […]

Le général Franck Ntumba, bras droit militaire de Tshisekedi, arrêté pour tentative présumée de coup d’État

20250718 80543

Le lieutenant-gĂ©nĂ©ral Franck Ntumba, responsable des opĂ©rations militaires au sein du cabinet du PrĂ©sident FĂ©lix Antoine Tshisekedi de la RĂ©publique DĂ©mocratique du Congo, a Ă©tĂ© arrĂŞtĂ©, selon des sources provenant du pays. Les informations indiquent que ce gĂ©nĂ©ral a Ă©tĂ© arrĂŞtĂ© le mercredi 16 juillet, avant d’être interrogĂ© par le Conseil National de SĂ©curitĂ© (CNS) […]

Undi Jenerali wakoranaga bya hafi na Tshisekedi yatawe muri yombi

20250718 80543

Lieutenant-GĂ©nĂ©ral Franck Ntumba ukuriye ibikorwa bya gisirikare mu biro bya Perezida FĂ©lix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, amakuru aturuka muri iki gihugu aravuga ko afunzwe. Amakuru avuga ko ku wa Gatatu tariki ya 16 Nyakanga ari bwo uyu Jenerali yatawe muri yombi, mbere yo guhatwa ibibazo n’Inama Ishinzwe Umutekano w’Igihugu muri RDC […]

HRW yongeye kugaba igitero ku Rwanda

IMG 20200811 WA0045

Umuryango uharanira uburenganzira bwa muntu Human Rights Watch wongeye kwibasira u Rwanda urushinja kubuza ubwisanzure, gufasha umutwe wa M23, kwanga kwakira umukozi wayo n’ibindi. HRW ivuga ko mu 2021, intumwa z’u Rwanda zagaragaje ko zishyigikiye ibyifuzo 160 kuri 284 rwagejejweho zirimo ibijyanye no kubona ubutabera n’imiti, imiterere ya gereza n’ifungwa, n’uburenganzira bwo kuvuga no kwishyira […]

Sud-Kivu: FARDC n’abafatanyabikorwa bagabye ibitero bigamije kwibasira Abanyamulenge

6c9e23d0 903e 11ef 8e6d e3e64e16c628.jpg

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa kane tariki 17 Nyakanga, igisirikare cya leta ya Congo FARDC,gifatanyije n’ imitwe yitwaje intwaro ya Wazalendo, igisirikare cy’u Burundi, ndetse n’FDLR, batangiye kugaba ibitero ku baturage b’abanyamulenge batuye mu bice bya Rudefu, Kahololo, na Rwikubo, byo muri Rurambo. Umutwe wa Twirwaneho ukorera muri Kivu y’Amajyepfo, watanze ubutumwa bw’ imbuzi […]

RDC yemeye kwishyura FC Barcelona miliyoni 46$ zo kuyamamaza

2025 07 16T171933Z 1634673113 UP1EL7G1C4ISS RTRMADP 3 SOCCER SPAIN FCB YAMAL 1752767638

Ikipe ya FC Barcelona yo muri Espagne yemeye miliyoni 46$ mu gihe cy’imyaka ine yo kwamamaza  igihugu cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo hagamijwe guteza imbere ubukerarugendo bwacyo. Nk’uko bigaragara mu masezerano Ibiro Ntaramakuru Reuters byabonye, aya masezerano yo ku itariki 29 Kamena avuga ko ikirango (logo) kigaragaza iki gihugu nka “Umutima wa Afurika” kizaboneka […]

Gen (Rtd) James Kabarebe yakiriwe kwa Ruto

20250717 181056

Umunyamabanga wa Leta Ushinzwe Ubutwererane bw’Akarere muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga, Gen (Rtd) James Kabarebe, kuri uyu wa Kane yakiriwe anagirana ibiganiro na Perezida William Ruto wa Kenya. Kabarebe ubwo yakirwaga muri Perezidansi ya Kenya yari aherekejwe na Ambasaderi w’u Rwanda muri iki gihugu, Ernest Rwamucyo. Perezida Ruto abinyujije ku rubuga rwe rwa X rwahoze rwitwa […]

RDC: Abayobozi gakondo bajyanye mu nkiko CENCO na ECC

Screenshot 20250717 1230442

Ihuriro ry’abayobozi ba gakondo muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, ryatanze ikirego mu rukiko rusesa imanza rishinja inama nkuru y’abasenyeri ba kiliziya gatolika n’idini rya Gikirisitu kwiha ububasha badafite. Ku wa Gatatu tariki ya 16 Nyakanga, ni bwo ririya huriro ry’abayobozi ba gakondo ryashyikirije mu rukiko rusesa imanza ikirego, aho rirega inama y’abasenyeri (CENCO) n’itorero […]

Ndayishimiye yahawe imirimo na Perezida João Lourenço

20250717 180057

Perezida JoĂŁo Lourenço wa Angola muri iki gihe uyoboye Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe (AU), yagize mugenzi we Evariste Ndayishimiye w’u Burundi intumwa ye yihariye mu karere ka Sahel. AU mu itangazo yasohoye kuri uyu wa Kane tariki ya 17 Nyakanga, yavuze ko Ndayishimiye azayobora “imbaraga za dipolomasi zo mu rwego rwo hejuru ndetse n’ingufu […]

Inkongi y’Umuriro yahitanye abarenga 60 muri Iraq

73308621 1004

Abantu barenga 60 bamaze gupfa nyuma y’ inkongi ikomeye y’umuriro yibasiye inyubako ndende yarimo amaduka menshi n’amarestora mu mujyi wa al-Kut, uherereye mu burasirazuba bwa Iraq. Iyo nkongi y’ umuriro ikaba yabaye ku mugoroba w’ ejo ku wa Gatatu, tariki ya 16 Nyakanga 2025 Nk’uko Amakuru aturuka muri Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu cya Iraq akomeza abivuga. […]

Muhanga: Umunyamategeko akurikiranweho gusambanya umwana w’imyaka 15

ingoro y ubutabera y urukiko rwisumbuye rwa muhanga

Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Muhanga bukurikiranye umwunganizi mu mategeko (Avoka) w’imyaka 74 y’amavuko ukekwaho icyaha cyo gusambanya umwana w’imyaka cumi n’itanu (15). Uregwa akurikiranweho kuba mu bihe bitandukanye yaragiye asambanya uyu mwana, amushukishije amafaranga yamuhaga uko bahuraga nk’uko iyi nkuru dukesha Ubushinjacyaha Bukuru ivuga. Mu kwiregura, mu Bugenzacyaha no mu Bushinjacyaha, uregwa yahakanye iki […]

Katumbi yasabye Tshisekedi kwisubira, akareka imikoranire n’amakipe arimo FC Barcelona 

Umunyapolitiki MoĂŻse Katumbi utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yamaganye za miliyoni z’amadorali Leta y’iki gihugu ikomeje gushora mu makipe yo ku mugabane w’u Burayi, avuga ko ari igitutsi ku banye-Congo basanzwe babayeho mu buzima bubi. Kinshasa biciye muri Minisiteri ya Siporo ndetse n’iy’Ubukerarugendo, yasinyanye amasezerano y’imikoranire n’amakipe ya AS Monaco yo […]

Rayon Sports yongeye kuregwa

20250717 135720

Myugariro w’Umusenegal, Omar Gning yagejeje ikirego cye kuri FERWAFA arega ikipe ya Rayon Sports FC yananiwe kumuha ibyangombwa bimurekura, nubwo bari barumvikanye gutandukana mu mahoro. Amakuru agera ku kinyamakuru cyacu avuga ko impande zombi zari zemeranyije ko Rayon Sports izishyura Gning amafaranga angana na $7,500 yari asigaye ku masezerano y’ubwumvikane. Gning avuga ko Rayon Sports […]

Uganda: Besigye yajyanye Guverinoma ya Kenya mu rukiko

images 1

Umuyobozi w’abatavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Uganda, Col (Rtd), Dr. Kizza Besigye n’umunyapolitiki witwa Hajj Obeid Lutale, batanze ikirego mu Rukiko Rukuru rwa Kenya, bashinja abayobozi ba Kenya gufatanya n’inzego z’umutekano za Uganda kubashimuta no kubohereza mu buryo butemewe i Kampala bakuwe i Nairobi mu Gushyingo 2024. Iki kirego cyatanzwe mu ishami rishinzwe itegeko nshinga n’uburenganzira […]

RIB yafunze gitifu ukekwaho gusambanya umwana w’imyaka 17

ubuyobozi buvuga ko uyu mwaka uzasiga abatuye ngororero bagerwaho n umuriro w amashanyarazi kuri 94 1fa33

Urwego rw’Igihugu rw’Ubutenzacyaha (RIB) rwataye muri yombi Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Muhanda mu Karere ka Ngororero, akekwaho gusambanya umwana w’umukobwa w’imyaka 17. Umuvugizi wa RIB, Dr. Murangira B. Thierry, yabwiye itangazamakuru ko uyu muyobozi w’imyaka 51 yafashwe tariki ya 11 Nyakanga 2025, akurikiranweho gusambanya uwo mwana w’umukobwa, biturutse ku cyaha cyo kumutera inda. Uwo mwana […]

Musanze: Umusaza yasanzwe mu mugozi yapfuye

Umusaza witwa Ntuyahazi w’imyaka 69, wo mu Kagari ka Nyarubuye, mu Murenge wa Rwaza mu Karere ka Musanze, yasanzwe yapfiriye mu mugozi. Abaturanyi be bavuga ko yari aherutse kugerageza kwiyahura yijugunye mu mugezi wa Mukungwa, ariko icyo gihe umugambi we uburizwamo. Uwo musaza bamusanze amanitse mu mugozi yapfuye kandi yari amaze igihe avuga ko aziyahura, […]

FARDC yakoze impinduka mu buyobozi mu bice byegereye imirwano

General Jules Banzai

Muri telegaramu yo ku wa Kabiri, itariki ya 15 Nyakanga 2025, yabonwe na BETO.CD, Umugaba Mukuru w’Ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC), Lt. Gen. Banza Mwilambwe, yakoze impinduka mu turere twinshi tw’igihugu. Iri vugurura, ryatangajwe nk’iry’igihe gito, rigamije gushimangira imikorere n’ubuyobozi bw’ingabo mu bice by’ingenzi. Kuva mu Ntara ya Tshopo, ifatwa nk’ingenzi mu […]

Isezerano rya Gatabazi kuri Perezida Kagame wongeye kumugirira icyizere

2 ec1a2293 2 4c964

Gatabazi Jean Marie Vianney wigeze kuba Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, yahaye Perezida Paul Kagame isezerano ry’uko azakorana ubunyangamugayo n’ubwitange inshingano nshya yongeye kumuha. Ku wa Gatatu tariki ya 16 Nyakanga ni bwo Gatabazi wari umaze imyaka ibiri ntacyo ashinzwe mu mirimo ya Leta yongeye kugirirwa icyizere, agirwa umwe muri ba Komiseri ba Komisiyo y’Igihugu Ishinzwe Gusezerera […]

Rwanda na DRC Wakubaliana Rasmi Kudumisha Amani: Baraza la Mawaziri Lathibitisha Mkataba

marco rubio 1 ap gmh 250627 1751053261251 hpMain 1

Baraza la Mawaziri lililofanyika Jumatano tarehe 16 Julai chini ya uenyekiti wa Rais Paul Kagame, limeidhinisha muswada wa sheria wa kuridhia rasmi mkataba wa amani uliofikiwa hivi karibuni kati ya Rwanda na Jamhuri ya Kidemokrasia ya Kongo (DRC). Mnamo tarehe 27 Juni, Waziri wa Mambo ya Nje wa Rwanda, Balozi Olivier Nduhungirehe, na mwenzake wa […]

Rwanda et RDC ratifient un accord de paix historique : Feu vert du Conseil des ministres

marco rubio 1 ap gmh 250627 1751053261251 hpMain 1

Le Conseil des ministres s’est rĂ©uni mercredi 16 juillet sous la prĂ©sidence de Paul Kagame et a approuvĂ© le projet de loi ratifiant l’accord de paix rĂ©cemment signĂ© entre le Rwanda et la RĂ©publique DĂ©mocratique du Congo. Le 27 juin, le ministre rwandais des Affaires Ă©trangères, Ambassadeur Olivier Nduhungirehe, et son homologue congolaise ThĂ©rèse Wagner […]

Rwanda and DRC Seal Historic Peace Deal: Cabinet Approves Final Ratification

marco rubio 1 ap gmh 250627 1751053261251 hpMain 1

The Cabinet meeting held on Wednesday, July 16, chaired by President Paul Kagame, approved the draft law ratifying the peace agreement recently signed between Rwanda and the Democratic Republic of Congo. On June 27, Rwanda’s Minister of Foreign Affairs, Ambassador Olivier Nduhungirehe, and his Congolese counterpart ThĂ©rèse Wagner Kayikwamba signed the agreement. The deal was […]

Inama y’Abaminisitiri yahaye umugisha amasezerano y’amahoro y’u Rwanda na RDC

marco rubio 1 ap gmh 250627 1751053261251 hpMain 1

Inama y’Abaminisitiri yateranye ejo ku wa Gatatatu tariki ya 16 Nyakanga iyobowe na Perezida Paul Kagame, yemeje umushinga w’itegeko ryemera kwemeza burundu amasezerano y’amahoro u Rwanda ruheruka gusinyana na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Ku wa 27 Kamena ni bwo Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Amb Olivier Nduhungirehe na mugenzi we ThĂ©rèse Wagner Kayikwamba wa RDC, bashyize […]

Mkimbizi Mkongomani Akamatwa kwa Tuhuma za Kumuua Mtoto Wake wa Miezi 7

Une rue tres frequentee dans le camp de refugies de Mahama a lest du Rwanda. Ce camp accueille principalement des refugies burundais et congolais 3800x2138 c

Jumanne, msichana mkimbizi kutoka Jamhuri ya Kidemokrasia ya Kongo alikamatwa katika kambi ya Mahama, Mashariki mwa Rwanda, kwa tuhuma za kumuua mtoto wake wa miezi saba na kutupa mwili kwenye choo cha pamoja. Polisi ya Rwanda imeanza uchunguzi. Mshukiwa, aitwaye Solange Uwamahoro, alikamatwa usiku wa kuamkia Jumanne wakati alipokuwa akimimina kitu kama kimiminika chenye shaka […]

Une jeune réfugiée congolaise arrêtée pour avoir tué son bébé de 7 mois

Une rue tres frequentee dans le camp de refugies de Mahama a lest du Rwanda. Ce camp accueille principalement des refugies burundais et congolais 3800x2138 c

Mardi, une jeune fille rĂ©fugiĂ©e congolaise a Ă©tĂ© arrĂŞtĂ©e dans le camp de Mahama, Ă  l’Est du Rwanda, après avoir Ă©tĂ© accusĂ©e d’avoir tuĂ© son bĂ©bĂ© de 7 mois et jetĂ© le corps dans une latrine publique. La police rwandaise a ouvert une enquĂŞte. La suspecte, Solange Uwamahoro, a Ă©tĂ© prise en flagrant dĂ©lit dans […]

Mahama: Impunzi y’Umunyekongokazi iravugwaho kwiyicira umwana w’amezi 7

Une rue tres frequentee dans le camp de refugies de Mahama a lest du Rwanda. Ce camp accueille principalement des refugies burundais et congolais 3800x2138 c

Ku wa Kabiri, umukobwa w’impunzi w’Umunyekongo yatawe muri yombi mu nkambi ya Mahama, mu burasirazuba bw’u Rwanda, nyuma yo gushinjwa kuba yarishe umwana we w’amezi arindwi mbere yo kujugunya umurambo mu musarani rusange. Igipolisi cy’u Rwanda cyatangiye iperereza. Uyu ukekwaho kwihekura witwa Solange Uwamahoro, yafatiwe mu cyuho mu ijoro ryo ku wa Mbere rishyira ku […]

Miss Naomie yiyamye abannyeze umugabo we

Screenshot 20250717 064714 1

Miss Ishimwe Naomie ubitse ikamba rya 2020 yikomye bikomeye abakomeje kunenga no kuvuga nabi ku mugabo we Michel Tesfay, bamushinja gukena nyuma yo kumubonana mu modoka rusange. Ibi yabitangaje mu kiganiro cy’imbona nkubone kuri Instagram, aho yari ari kumwe n’abamukurikira barenga ibihumbi bine. Muri iki kiganiro yasabye abantu kureka kuvuga ku mugabo we ko kandi […]

Gatabazi na Meja Jenerali Mstaafu Nziza Wapewa Majukumu Mapya Serikalini

GridArt 20250716 215205736

Jean Marie Vianney Gatabazi, aliyekuwa Waziri wa Tawala za Mikoa, na Meja Jenerali (Mstaafu) Jack Nziza, aliyewahi kuwa ofisa wa ngazi ya juu katika jeshi la Rwanda, wamepewa nyadhifa mpya. Uteuzi wao umetangazwa kupitia kikao cha Baraza la Mawaziri kilichoongozwa na Rais Paul Kagame siku ya Jumatano, Julai 16. Kwa mujibu wa taarifa iliyotolewa na […]

Nouvelles fonctions pour Gatabazi et le Général Jack Nziza dans les institutions nationales

GridArt 20250716 215205736

Jean Marie Vianney Gatabazi, ancien Ministre de l’Administration Locale, et le Maj. Gen (Rtd) Jack Nziza, ancien haut responsable militaire rwandais, viennent d’être nommĂ©s Ă  de nouvelles fonctions. Ces nominations ont Ă©tĂ© faites lors du Conseil des Ministres prĂ©sidĂ© par le PrĂ©sident Paul Kagame ce mercredi 16 juillet. Selon le communiquĂ© publiĂ© par le Premier […]

Former Minister Gatabazi and Maj. Gen (Rtd) Jack Nziza Get New National Assignments

GridArt 20250716 215205736

Jean Marie Vianney Gatabazi, the former Minister of Local Government, and Maj. Gen (Rtd) Jack Nziza, a former senior official in Rwanda’s military, have been appointed to new roles. Their appointments were made during a Cabinet meeting chaired by President Paul Kagame on Wednesday, July 16. According to the statement released by Prime Minister Dr. […]

Gatabazi na Maj. Gen (Rtd) Nziza mu bongeye guhabwa imirimo mishya

GridArt 20250716 215205736

Gatabazi Jean Marie Vianney wahoze ari Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu na Maj. Gen (Rtd) Jack Nziza wahoze mu ngabo z’u Rwanda, bahawe imirimo mishya. Inama y’Abaminisitiri yayobowe na Perezida Paul Kagame kuri uyu wa Gatatu tariki ya 16 Nyakanga ni yo yabahaye imirimo. Itangazo ry’ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri ryasohowe na Minisitiri w’Intebe, Dr. Édouard Ngirente, ryerekana ko […]

Gen. Muhoozi yaciye amarenga y’uko UPDF ishobora kwinjira mu ntambara ya Uvira

20250716 191824

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko UPDF yiteguye kwagura uduce ikoreramo ibikorwa byayo mu gihe intamabara yaba igeze mu mujyi wa Uvira. Uyu Jenerali usanzwe ari umuhungu wa Perezida Yoweri Kaguta Museveni yabitangarije mu butumwa yanditse ku rubuga rwe rwa X. Yagize ati: “Imirwano niramuka yadutse mu bice bikikije Uvira muri […]

Thomas Lubanga yemeje ko ashyigikiye kuba AFC/M23 yahirika ubutegetsi bwa Tshisekedi

20250716 184115

Umunye-Congo Thomas Lubanga wigeze gufungirwa muri gereza y’Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha (CPI) rw’i La Haye mu Buholandi, yatangaje ko we n’umutwe we witwaje intwaro bashyigikiye ko ihuriro AFC/M23 rihirika ubutegetsi bwa Perezida FĂ©lix Tshisekedi wa RDC. Lubanga yabitangaje kuri uyu wa Gatatu tariki ya 16 Nyakanga, mu kiganiro n’itangazamakuru cyabereye i Kampala muri Uganda. Ni ikiganiro […]

Cuba: Minisitiri yeguye nyuma yo gutangaza ko igihugu nta basabirizi gifite

beggar havana cuba DA58MK 1

Minisitiri w’umurimo muri Cuba, Marta Elena FeitĂł Cabrera, byabaye ngombwa ko yegura ku mirimo ye nyuma yo gutangaza ko kuri iki kirwa kiyobowe n’Abakomunisiti nta basabirizi bahaba. Minisitiri yari yavuze ko muri Cuba nta “basabirizi” bahaba kandi n’ababikora ari abantu bahisemo gushaka “amafaranga yoroshye”, nk’uko yabivuze. Amagambo ye yavugiwe mu nama y’abadepite, yanenzwe cyane n’Abanya […]

Urukiko rwategetse ko Salongo afungwa imyaka 3

umupfumu salongo

Urukiko Rwisumbuye rwa Gasabo rwakatiye Rurangirwa Wilson wamamaye ku mbuga nkoranyambaga nka Salongo, igifungo cy’imyaka itatu n’ihazabu ya miliyoni 5 Frw nyuma yo kumuhamya icyaha cyo kwihesha ikintu cy’undi hakoreshejwe uburiganya. Ubushinjacyaha bwari bwamureze ko yamenyekanye avuga ko avura indwara ndetse akanagarura ibintu byibwe, binyuze mu biganiro ashyira kuri YouTube byatumaga abantu bamugana bamuha amafaranga […]

Perezida Kagame yageneye ubutumwa Maréchal Mahamat Idriss Déby

20250716 161425

Perezida wa Tchad, MarĂ©chal Mahamat Idriss DĂ©by Itno, kuri uyu wa Gatatu tariki ya 16 Nyakanga yakiriye mu biro bye Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Amb. Olivier Jean Patrick Nduhungirehe. Umukuru wa Dipolomasi y’u Rwanda ari i Nd’jamena mu murwa mukuru wa Tchad kuva ku wa Kabiri tariki ya 15 Nyakanga. Ubwo yakirwaga na Perezida […]