Indege yaguye mu kiyaga iri kuvoma amazi

chopper

Mu Bufaransa, indege nto ya kajugujugu yo mu bwoko bwa Morane 29 yakoze impanuka mu kiyaga cya Rosporden giherereye mu burengerazuba bw’igihugu, ubwo yari mu gikorwa cyo kuvoma amazi yo kuzimya inkongi. Iyi mpanuka yabaye ku cyumweru nimugoroba, ubwo iyo ndege yari imaze gukora kuvoma inshuro zigera kuri 27 isuka amazi ku nkongi zari hafi […]

FDLR yishe mushiki wanjye, nanjye habuze gato ngo yo na Wazalendo banyicire i Sake: Twagirumukiza

IMG 20250826 WA0003

U Rwanda ku wa Mbere tariki ya 25 Kanama 2025, rwakiriye Abanyarwanda 532 babaga mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo nk’impunzi. Aba Banyarwanda bakiriwe nyuma y’inama yaherukaga guhuriza i Addis-Abeba muri Ethiopie Leta y’u Rwanda, iya RDC ndetse n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye Ryita ku Mpunzi (UNHCR) yigaga ku gucyura impunzi ku bushake. Impunzi 532 […]

ADEPR yavuze ku bantu barwaniye mu rusengero

Screenshot 20250825 230442 1

Itorero ADEPR ryahaye ibisobanuro ku byagaragaye mu mashusho yasakaye ku mbuga nkoranyambaga, agaragaza umugabo wagaragaye ari gushyamirana n’abandi mu rusengero rwa ADEPR Nyarugenge, mu giterane cy’Ububyutse cyari kimaze iminsi cyihabera. Guhera ku wa mbere kugeza ku cyumweru tariki 24 Kanama 2025, ADEPR Nyarugenge yari ari giterane cyiswe icy’Ububyutse, cyitabiriwe n’abakristo benshi bahamya ko bahungukiyemo inyigisho […]

Umukobwa wa Gen. Salim Saleh yasubije abashinja Museveni kugira Uganda akarima k’umuryango

eo6ui

Esteri Mugurwa Akandwanaho, umukobwa w’umujyanama wa perezida, Gen. Salim Saleh, yasubije abavuga ko guverinoma ya sewabo, Perezida Yoweri Museveni ari “business y’umuryango,” avuga ko impaka kuri iki kibazo zirengagiza ko Uganda yubahiriza itegeko nshinga. Mugurwa yanditse mu mpera z’icyumweru, avuga ko abanenga b’abanyamahanga ndetse n’abenegihugu bakunze kugaruka ku muhungu wa Museveni, Gen. Muhoozi Kainerugaba, Madamu […]

RDC: Abajenerali 35 n’abakoloneli 6 bahamagajwe n’ubugenzuzi bw’ingabo

20250110080623383228 Ekenge

Abasirikare bakuru 41 (abajenerali mirongo itatu na batanu n’abakoloneli batandatu) bahamagajwe mu minsi yashize n’ubugenzuzi bukuru bw’ingabo za DRC (FARDC) mu rwego rwo gukora iperereza ku gutsindwa kw’ingabo  imbere y’inyeshyamba za AFC-M23 mu burasirazuba bw’igihugu. Kuri uyu wa Mbere, itariki ya 25 Kanama 2025, Umuvugizi wa FARDC, General Major Sylvain Ekenge, yatangaje ko ubu ari […]

RDC iyo idusaba imfashanyo tuba twarayiyihaye: Perezida Kagame

20250825 221234

Perezida Paul Kagame yatangaje ko iyo Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo isaba u Rwanda imfashanyo yo kugira ngo igire umutekano rwari kuyiyiha, nk’uko rwabikoze kuri Repubulika ya Centrafrique na Mozambique. Yabitangarije i Gabiro mu karere ka Gatsibo, aho ku wa Mbere yasoreje amasomo y’abarenga 6,000 barimo ingabo z’u Rwanda, abapolisi ndetse n’abacungagereza. Umukuru w’Igihugu mu […]

Kicukiro: Hakiriwe aba Dasso bashya hafi ijana

csm DASSO NEW1ED 364c3be1e3

Kuri uyu wa Mbere, itariki 25 Kanama 2025, Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Akarere ka Kicukiro Mutsinzi Antoine yakiriye abakozi bashya b’Urwego rwa DASSO baherutse gusoza amasomo i Gishari mu Karere ka Rwamagana. Aba bakozi bose hamwe ni 94 bakaba bakiriwe n’Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Akarere mbere y’uko boherezwa mu Mirenge aho bagiye gutangirira inshingano nshya bahawe. Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Akarere […]

Isasu urashe rigomba kugenda ryanditseho izina ry’uwo urigeneye: P. Kagame abwira RDF

20250825 222027

Perezida Paul Kagame yasabye ingabo z’u Rwanda kuzirikana guhamya intego mu gihe ziri ku rugamba, mu rwego rwo kwirinda ko ubuzima bwazo ndetse n’ubw’Abanyarwanda zishinzwe kurinda bwajya mu kaga. Umukuru w’Igihugu yabigarutseho kuri uyu wa Mbere tariki ya 25 Kanama ubwo yasozaga amasomo y’ababarirwa mu 6,000 barimo abasirikare, abapolisi ndetse n’abacungagereza yaberaga i Gabiro. Mu […]

Jya kuri RIB hano urandegera nde: Sam Karenzi

1739193213315 1

Kuri uyu wa 25 Kanama 2025, ku mbuga nkoranyambaga by’umwihariko kuri Twitter (X), hakwirakwijwe ubutumwa bugaragaza Sam Karenzi, umunyamakuru akaba na nyiri radiyo SK FM, yibasirwa n’umufana bigaragara ko ari uwa Rayon Sports. Umwe mu bakoresha urubuga rwa X mu mazina ya @kalisa94 yashyizeho ifoto ya Karenzi ari mu nama, ayiherekeza amagambo amushinja kuba “virus […]

Umutoza wa APR FC yasabiwe kwirukanwa hakazanwa Adil

abafana ba APR4 860x534 1

Bamwe mu bafana ba APR FC barasaba ko ubuyobozi bwabo bwagarura umutoza w’Umunya-Maroc, Adil Erradi Mohamed, wayitoje hagati ya 2019 na 2022. Kuva muri Kamena uyu mwaka, ikipe y’Ingabo yasinyishije umutoza mushya w’Umunya-Tunisie, Abderrahim Taleb, amasezerano y’imyaka ibiri, asimbuye Umufaransa Darko Nović. Ariko kuva yagera muri APR FC, bamwe mu bakunzi b’iyi kipe ntibanyuzwe n’imyitwarire […]

RDB yahagaritse Kings Bet

PKzmEG8Y5X4Lat1Y1GHS

Urwego rw’Igihugu Rushinzwe Iterambere (RDB) rwatangaje ko rwahagaritse uruhushya rw’isosiyete Kings Bet Ltd, ikora imikino y’amahirwe mu cyiciro cya D Sportsbook. Nk’uko bigaragara mu itangazo ryashyizwe ahagaragara ku wa 25 Kanama 2025, RDB ivuga ko iki cyemezo cyafashwe hashingiwe ku itegeko No. 58/2011 rigenga imikino y’amahirwe mu Rwanda, aho Kings Bet Ltd yashinjwaga kutubahiriza amabwiriza […]

Kagame yasoje amasomo y’abarenga 6,000 biganjemo abasirikare (Amafoto)

20250825 185249

Perezida Paul Kagame akanaba Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, kuri uyu wa Mbere tariki ya 25 Kanama yasoje amasomo y’abarenga 6,000 barimo ba Ofisiye n’abandi basirikare bo mu ngabo z’u Rwanda, abapolisi ndetse n’abacungagereza. Aya masomo azwi nka ‘Military Course Career’ yari amaze igihe abera mu kigo cy’imyitozo cy’ingabo z’u Rwanda cy’i Gabiro mu karere […]

Icyo FARDC ivuga ku makuru ari kuvuga ko M23 yafashe Uvira

jad20250218 ass rdc bukavu m23

Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) cyahakanye amakuru yatangiye gukwirakwizwa avuga ko inyeshyamba z’umutwe wa M23 zamaze kwigarurira Umujyi wa Uvira wa kabiri munini muri Kivu y’Amajyepfo. Amakuru y’uko M23 iri muri Uvira yatangiye kuvugwa kuva mu mpera z’icyumweru gishize. Icyakora umuvugizi w’ibikorwa bya gisirikare by’ingabo za FARDC bizwi nka Sokola 2, Lt […]

Abanyamakuru ba Reuters, AP na Al Jazeera biciwe mu gitero cya Israel muri Gaza

1756121314682 1

Abayobozi ba Palestine bavuze ko ibitero bibiri byibasiye Ibitaro bya Nasser byahitanye abantu benshi, barimo abanyamakuru bakorana n’ibinyamakuru mpuzamahanga birimo Reuters, Associated Press na Al Jazeera. Ibiro Ntaramakuru by’Abongereza, Reuters, byahamagariye abategetsi ba Gaza na Israel gutanga amakuru arambuye ku rupfu rw’umunyamakuru wakoranye n’iki kigo ndetse n’ikomeretswa ry’undi. Mu itangazo rye, Umuvugizi wa Reuters yagize […]

Burundi: CNDD-FDD iravuga ko 2025 ari intangiriro z’ishyirwa mu bikorwa rya Vision 2040-2060

GzMCUwiW0AA 3tJ

Kuri uyu wa Mbere, itariki ya 25 Kanama 2025, Révérien Ndikuriyo, Umunyamabanga Mukuru w’ishyaka riri ku butegetsi mu gihugu cy’u Burundi, CNDD-FDD, yasohoje inshingano ze nk’umuturage ajya gutora mu biro by’itora ku Ishuri Ribanza rya Sampeke, ku musozi yavukiyemo, aho yaboneyeho gutanga ubutumwa bujyanye n’Icyerekezo cy’igihugu cya 2040-2060. Amaze gutora, muri aya matora y’abayobozi b’inzego […]

FARDC na FDLR bateye i Goma

Ihuriro ry’Ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, mu gicuku cyo kuri uyu wa Mbere tariki ya 25 Kanama ryagabye ibitero mu mujyi wa Goma no mu nkengero zawo. Ni ibitero izi ngabo zigizwe na FARDC, FDLR, Mai-Mai Wazalendo na Nyatura zagabye mu duce twa Kibati, Munigi, i Goma no mu nkengero zaho. […]

Ndayishimiye yaba agiye kugororera Mbayahaga ukunze gutuka abayobozi b’u Rwanda

GridArt 20250825 112805570

Amakuru aturuka mu gihugu cy’u Burundi aravuga ko Perezida Evariste Ndayishimiye ateganya gukuraho Visi-Perezida w’iki gihugu, Prosper Bazombanza, akamusimbuza undi muntu. Bazombanza w’imyaka 65 y’amavuko, ni Visi-Perezida w’u Burundi kuva muri 2020 ubwo Ndayishimiye yageraga ku butegetsi, gusa hagati ya 2014 na 2015 ubwo u Burundi bwari buyobowe na Petero Nkurunziza na bwo yakoze ziriya […]

Kivu y’Amajyepfo: Haravugwa imirwano yahuje AFC/M23 na FARDC muri Teritwari ya Mwenga

000 34UE89R 1

Amakuru aturuka mu burasirazuba bwa Congo aravuga ko kuri iki Cyumweru, itariki ya 24 Kanama, imirwano yongeye kwaduka hagati y’inyeshyamba za AFC / M23 n’ingabo za leta (FARDC) mu Mudugudu wa Nummara, muri Sheferi ya Kigogo (Teritwari ya Mwenga), muri Kivu y’Amajyepfo. Amakuru aturuka muri ako gace avuga ko icyo gitero cyagabwe n’inyeshyamba zaturutse i […]

Undi munyamakuru yasezeye kuri SK Fm

IMG 1840

Umunyamakuru Aime Niyibizi yongeye gusubira kuri Fine FM nyuma y’igihe yari amaze atagaragara kuri SK FM ya Sam Karenzi. Uyu munyamakuru wari umenyerewe mu biganiro by’imikino nka Urukiko rw’Ikirenga na Extra Time ku SK FM, bivugwa ko atangiye guceceka bitewe n’amakimbirane y’imikorere hagati ye na nyir’iyi radiyo. Bivugwa ko yari yarahagaritswe mu kazi gusa akaba […]

Protais Zigiranyirazo agiye gushyingurwa mu Bufaransa bwanze kumwakira akiriho

gettyimages 93091537 1024x1024 1

Igihugu cy’u Bufaransa cyari cyaranze kwakira Protais Zigiranyirazo akiri muzimakuri ubu cyemeye kwakira umurambo we ndetse cyemerera umuryango we uhaba kuhamushyingura mu muhango uteganyijwe ku itariki ya 28 Kanama 2025.   Umuryango we watangaje ko imihango yo kumushyingura izaba ku itariki ya 28 Kanama 2025, ikazabanzirizwa na misa yo kumusabira izabera muri Kiliziya Gatorika yitiriwe […]

MINEDUC yakebuye amashuri akomeje kwishyuza ababyeyi amafaranga adafututse

csm publication 1 c50ba5ef58

Minisiteri y’Uburezi yibukije amashuri ya Leta n’afashwa na yo ko hari amabwiriza amaze igihe yarashyizweho agena umubare w’amafaranga ntarengwa abanyeshuri biga mu mashuri y’incuke, abanza ndetse n’ayisumbuye bagomba kwishyura; atandukanye n’adafututse amwe mu mashuri akomeje kwishyuza. Iyi Minisiteri yibukije iby’aya mabwiriza, mu gihe hari amashuri yo hirya no hino mu gihugu akomeje gusaba ababyeyi kwishyura […]

Umunyamakuru Kassim Yussuf yapfuye

IMG 20250825 WA0004

Umunyamakuru Kassim Yussuf wari umaze igihe kirekire akorera urwego rw’Igihugu rw’Itangazamakuru (RBA), yitabye Imana. Inkuru y’urupfu rw’uyu mukambwe yamenyekanye mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki ya 25 Kanama 2025, akaba yazize uburwayi. Umunyamakuru Kayishema Thierry wa RBA, ari mu babitse Mzee Kassim Yussuf mu butumwa yanditse ku rubuga rwe rwa X. Ati: “Rest […]

Paris: Ambasaderi wa USA wasabye Macron kugabanya kunenga Israel mu mazi abira

2574475

U Bufaransa buravuga ko buza guhamagaza Ambasaderi wa Amerika i Paris, Charles Kushner, kubera ibyo buvuga ko ari ibirego bitemewe byo kunanirwa guhangana n’ikibazo cyo kurwanya Abayahudi cyongeye gufata intera muri iki gihugu.   Kushner, Umuyahudi akaba ndetse umuhungu we, Jared Kushner, yarashakanye n’umukobwa wa Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, Ivanka, […]

Nta mucanshuro uzongera gusohoka amahoro muri Congo nk’uko byagenze i Goma – AFC/M23

abacanshuro

Ihuriro Alliance Fleuve Congo rirwanya ubutegetsi bwa Perezida Felix Tshisekedi wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, riravuga ko bitandukanye nk’uko byagenze nyuma y’ifatwa ry’Umujyi wa Goma, umurwa mukuru wa Kivu y’Amajyaruguru, nta mucanshuro uzongera gusohoka mu mutekano muri iki gihugu nyuma y’uko bakomeje gukoreshwa mu kugaba ibitero ahantu hatuwe cyane. Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara kuri […]

RDC: Abapolisi 2 barimo komanda wa sitasiyo biciwe mu mirwano yabahuje na Twirwaneho

images

Abapolisi babiri ba Repubulika ya Demokarasi ya Congo bishwe mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu ushize, itariki ya 23 Kanama, mu gace ka Maheta, muri Teritwari ya Mwenga, muri Kivu y’Amajyepfo, nyuma yo guhangana n’abarwanyi b’ihuriro rya Twirwaheno na Ngumino. Amakuru aturuka muri sosiyete sivile avuga ko ibi byabereye mu ma saa mbiri za […]

U Burusiya burashinja Ukraine kugaba ibitero ahatunganyirizwa ingufu za nikeleyeri

5b4488f0 80a6 11f0 b9a9 b54039d482e3.jpg

U Burusiya bwashinje ibitero by’indege zitagira abaderevu zavuye muri Ukraine guteza inkongi y’umuriro ku rugomero rw’amashanyarazi akomoka ku ngufu za nikeleyeri mu karere ka Kursk ko mu burengerazuba bw’igihugu, buvuga ko ingomero nyinshi z’ingufu z’u Burusiya zibasiwe nijoro. Nta bakomeretse kandi umuriro wazimye vuba, nk’uko ibiro bishinzwe amakuru by’uruganda byavuze kuri porogaramu yo kohererezanya ubutumwa […]

Minisitiri w’Ingabo wa Mozambique ari mu ruzinduko rw’iminsi 3 mu Rwanda

GzEDWWNXoAAMnyR

Minisitiri w’Ingabo w’igihugu cya Mozambique, Maj. Gen. Cristóvão Artur Chume ari kumwe n’Umuyobozi w’ingabo, Maj. Gen. André Rafael Mahunguane na CP Fabião Pedro Nhancololo, umuyobozi ushinzwe amategeko n’umutekano mu Gipolisi cy’iki gihugu, bari mu ruzinduko rw’iminsi itatu mu Rwanda kuva kuri uyu wa Gatandatu, itariki 23 Kanama 2025. Maj. Gen. Cristóvão Artur Chume n’intumwa ayoboye […]

USA: Umugabo ukomoka muri Gambia yakatiwe imyaka isaga 67 y’igifungo

4511401 1583976683

Minisiteri y’Ubutabera muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, kuwa Gatanu yatangaje ko umugabo wo muri Gambia wari mu mutwe w’ingabo wakoreraga uwahoze ari umunyagitugu Yahya Jammeh akaba yarahamijwe icyaha cyo kwica urubozo n’inteko y’abacamanza yo muri Amerika, yakatiwe igifungo cy’imyaka irenga 67 muri gereza. Minisiteri y’ubutabera yatangaje ko inteko y’abacamanza muri Colorado yahamije icyaha Umunyagambiya, […]

Nyarugenge: Abaturage hafi 100% bo mu kagari kamwe bizigamiye muri Ejo Heza

csm Ntungamo DEA 19 08 2025 5ef854cceb

Ubwo Umuyobozi w’Akarere ka Nyarugenge, Bwana Ingangare Alexis yasuraga Akagari ka Ntungamo mu Murenge wa Mageragere muri iki cyumweru, abaturage b’ako kagari bamubwiye ko hafi ya bose bizigamiye mu kigega Ejo Heza ni ukuvuga ku kigero hafi 100%. Muri aka Kagari kandi abamaze gutanga umusanzu wabo mu bwisungane mu kwivuza (MUSA) barenze 90%. Akagari Ka […]

Uganda yasezerewe muri CHAN

oumar ba of senegal celebrates goal with teammates during the 2024 african nations championship chan football quarter final match between uganda and senegal at the mandela national stadium

Ikipe y’igihugu ya Senegal, iheruka kwegukana CHAN, yatsinze Uganda igitego 1-0 mu mukino wa 1/4 cy’irangiza wabereye kuri Stade Mandela i Kampala, kuri uyu wa Gatandatu tariki 23 Kanama 2025. Igitego cyatsinzwe na Oumar Ba ku munota wa 62, nyuma yo gutera neza umupira yahawe na Libasse Guèye, cyahagije kugira ngo “Lions of Teranga” bagere […]

Menya ibitera kubabara mu gihe uri gukora imibonano mpuzabitsina n’icyo wabikoraho

Niba ukunze kubabara mu gihe cyangwa nyuma yo gukora imibonano mpuzabitsina, umubiri wawe uba uri kugerageza kukuburira ko hari ikitagenda neza; bityo ntugomba kubyirengagiza ahubwo ni ngombwa kwihutira kugana ivuriro ukamenya neza ikibitera. Akenshi kubabara nyuma yo gukora imibonano mpuzabitsina, biterwa n’impamvu zitandukanye. Muri zo, harimo uburwayi mu mubiri, ikibazo mu myanya ndagagitsina, ikibazo mu […]

Apostle McCoy wo muri Amerika yemeje ko u Rwanda ari ubwami bw’Imana

1755944119449Bu18

Umukozi w’Imana Apostle McCoy umaze kugera mu Rwanda inshuro ebyiri (2024 na 2025), aho aherutse kwitabira igiterane cya Thanks Giving Conference cyabereye kuri Revival Palace Community Church i Bugesera kuva ku wa 13 kugeza ku wa 17 Kanama 2025, ari kumwe n’umugore we, yavuze ko u Rwanda ari ubwami bw’Imana. Mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru, Apostle […]

Colonel Nduwantare yiciwe muri Zambia

20250823 131505

Colonel de Police Dieudonné Nduwantare wari umaze igihe gito asezerewe muri Polisi y’u Burundi, yiciwe muri Zambia. Amakuru atangwa n’umuryango w’uyu mupolisi avuga ko ku wa Kane w’iki cyumweru ari bwo yishwe n’abagizi ba nabi. Muri Zambia aho yiciwe yari yagiyeho gusura murumuna we. Umuryango we uvuga ko aticiwe kwa murumuna we, ko ahubwo hari […]

FARDC irigamba guhanura drone ya M23

bitmap 1200 nocrop 1 1 20200816133945223066 cd513c7c 40d7 447d 8aa2 29d93ecc4432

Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), ku wa Gatanu cyatangaje ko cyahanuye drone y’ihuriro rya AFC/M23 bamaze igihe bari mu ntambara. FARDC biciye mu muvugizi w’ibikorwa byayo bya gisirikare bizwi nka Sokola 2, Sous-Lieutenant Mbuyi Kalonji Reagan, yatangaje ko iyo drone yahanuriwe mu gace ka Nzibira gaherereye muri Teritwari ya Walungu ho mu […]

Amb. Ngoga yabajije UNSC niba itagira ibimenyetso by’uko RDC ikorana na FDLR

20250823 070958

Intumwa y’u Rwanda mu Muryango w’Abibumbye, Amb. Martin Ngoga, yanenze akanama gashinzwe amahoro n’umutekano muri uriya muryango (UNSC) kamaze igihe karimakaje imvugo y’uko umutwe wa AFC/M23 ushyigikiwe n’u Rwanda, nyamara kakaba kadashobora kuvuga ku kuba FDLR ishyigikiwe na RDC. Amb. Ngoga yabitangaje ku wa Gatanu tariki ya 22 Kanama, mu ijambo yagejeje kuri kariya kanama. […]

Jay-Z yabaye umuhanzi ukize cyane ku isi

IMG 6011 1755885685

Umuhanzi w’icyamamare muri rap, akaba  n’umushoramari, n’umuyobozi wa sosiyete y’imyidagaduro Sean “Jay-Z” Carter, yemejwe nk’umuhanzi ukize kurusha abandi ku isi, nk’uko ikinyamakuru Forbes kibitangaza, afite umutungo w’agaciro ka $2.5 miliyari (miliyari 3,125 z’amafaranga y’u Rwanda (RWF). Ubukire bwa Jay-Z ntibwaturutse gusa mu muziki, ahubwo bushingiye ku ishoramari rikomeye no kugira imigabane mu bikorwa bitandukanye by’ingenzi. […]

Yatwitse Café yanze kumushyirira mayonnaise ku mugati

download 1

Polisi yo muri Espagne yataye muri yombi umugabo ukekwaho gutwika café iherereye mu mujyi wa Los Palacios y Villafranca mu ntara ya Sevilla, nyuma y’uko abakozi b’iyo café banze kumushyirira mayonnaise mu mugati. Amashusho yafashwe na camera z’umutekano yerekanye uwo mugabo usanzwe ari uwo mu ntara ya Cordoba, asuka lisansi ku meza maze aratwika. Ibyo […]

Tanzania yasezerewe muri CHAN

92 1000x600 1

Ikipe y’Igihugu ya Tanzania isoje urugendo rwayo muri CHAN 2024 nyuma yo gutsindwa na Maroc igitego 1-0 mu mukino wa ¼ cy’irushanwa wabereye kuri Stade Benjamin Mkapa i Dar es Salaam. Mu gice cya mbere Tanzania yagerageje guhangana, aho rutahizamu Clement Mzize yabonye uburyo bubiri bwiza ariko ntiyabubyaza umusaruro. Mu minota ya mbere y’igice cya […]

Joseph Kabila yasabiwe igihano cy’urupfu

BFSWNZQMMJNFHKC7WUBFXMESVI 1 1

Ubushinjacyaha bwa Gisirikare muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwasabiye Joseph Kabila Kabange wahoze ari Perezida w’iki gihugu gukatirwa igihano cy’urupfu kubera ibyaha aregwa. Kabila wayoboye RDC hagati ya 2001 na 2019, aregwa ibyaha birimo kugambanira igihugu ndetse n’ibyaha by’intambara. Ni ibyaha yarezwe nyuma y’uko muri Gicurasi uyu mwaka yatangazaga ko agiye kuva mu buhungiro […]

U Rwanda rwateye utwatsi raporo ishinja RDF na M23 kwica abasivile 140 i Binza

nduhung 2 2 212d1

Guverinoma y’u Rwanda kuri uyu wa Gatanu yateye utwatsi raporo y’umuryango Human Rights Watch (HRW) ishinja ingabo z’u Rwanda (RDF) gufatanya n’umutwe wa M23 kwica abaturage barenga 100 b’i Binza ho muri Teritwari ya Rutshuru. HRW muri raporo yasohoye ku wa Gatatu, yashinje “M23 igenzurwa n’u Rwanda” kwica abasivile nibura 140 biganjemo Abahutu mu kwezi […]

Impamvu AFC/M23 yohereje i Doha intumwa 2 zonyine

IMG 20250822 WA0008

Umutwe wa AFC/M23 watangaje ko intumwa ebyiri zonyine ari zo uheruka kohereza i Doha, aho uri kuganirira na Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Ku wa 19 Kanama ni bwo uyu mutwe na Kinshasa basubukuye ibiganiro bamaze igihe bagirana, nyuma yo gusinyana amahame y’ibanze aganisha ku guhagarika intambara yashyizweho umukono ku wa 19 Nyakanga […]

Gitifu w’Akagari ka Shyembe yapfiriye mu mpanuka ya moto

1755870807442

Polisi y’u Rwanda ikorera mu Ntara y’Amajyepfo yatangaje ko Udahemuka Longin, Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akagari ka Shyembe mu Murenge wa Maraba, Akarere ka Huye, yapfuye azize impanuka ya moto yari atwaye. Polisi y’u Rwanda ikorera mu Ntara y’Amajyepfo yemeje iby’uru rupfu rwa nyakwigendera ko iyo mpanuka yabaye ahagana saa tatu z’ijoro ku wa 21 Kanama 2025. […]

RIB yafunze umukozi wa Wasac

1755871223613

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) ku bufatanye na Polisi y’u Rwanda rwataye muri yombi Manirakiza Straton, umukozi w’Ikigo gishinzwe Amazi, Isuku n’Isukura (WASAC), ushinzwe ibikorwa byisanwa by’umuyoboro w’amazi wa Ruhanga mu Murenge wa Rusororo, Akarere ka Gasabo, akurikiranweho icyaha cya ruswa. Amakuru yatangajwe na RIB aravuga ko uyu mukozi yafunzwe nyuma y’uko abaturage bagaragaje ikibazo cy’isaranganywa […]

Kim Jong-un yasutse amarira kubera abasirikare be biciwe muri Ukraine 

20250822103445 1477147775 1776508642884424657 640 417 85 webp

Perezida Kim Jong-un wa Koreya ya Ruguru, yagaragaye asuka amarira kubera abasirikare b’igihugu cye biciwe muri Ukraine aho bagiye gufasha ku rugamba ingabo z’u Burusiya. Perezida Kim ubwo yavugiraga ijambo mu muhango wo kwibuka bariya basirikare yashimagije ku bw’ubutwari bagaragaje, yagaragaye abaririra. Amafoto yashyizwe hanze n’itangazamakuru rya Leta ya Koreya ya Ruguru, yerekana Perezida Kim […]

Katumbi yamaganye ibyo ‘kuvugana na Kigali’ ngo yinjire muri AFC/M23

IMG 20221219 WA0000

Umunyapolitiki Moïse Katumbi Chapwe utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yandikiye Komite ishinzwe ibihano mu kanama ka Loni gashinzwe Umuryango w’Abibumbye yamagana ibirego uwo muryango wamushinje byo kuvugana n’u Rwanda ngo yinjire mu mutwe wa AFC/M23. Mu mezi make ashize impuguke za Loni kuri RDC zasohoraga raporo yazo, zavuze ko Katumbi, Joseph […]

M23 na FDLR mu mirwano ikaze muri Parike ya Virunga

000 Par7109794 0

Umutwe wa M23 n’imitwe ya FDLR na Wazalendo ikorana n’Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bamaze iminsi ibiri barwanira mu gace ka Kahumiro gaherereye muri Parike ya Virunga. Amakuru avuga ko imirwano ikaze ikomeje gusakiranya ziriya mpande zombi yatangiye ku wa Gatatu tariki ya 20 Kanama. Bivugwa ko M23 iyobowe na Gen. Sultani Makenga […]

Nyarugenge: Umukobwa w’imyaka 21 arashinjwa gukura iryinyo no guca ururimi umugabo w’imyaka 40

1613 7c8ade406beefd0995721ae58c3d27a4

Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Nyarugenge bukurikiranye umukobwa w’imyaka 21 wakubise umugabo w’imyaka 40 akamukura iryinyo ndetse akamuca n’ururimi.  Icyaha akurikiranweho yagikoze ku itariki ya 11 Kanama 2025 mu Mudugudu wa Ryamanyoni, Akagari ka Ruriba, Umurenge wa Kigali, ubwo uregwa yagiranaga amakimbirane n’uwo mugabo bakarwana akamukura iryinyo ndetse akamuca n’ururimi. Mu ibazwa rye uregwa yemera […]

USA: Umuraperi Lil Nas yakubise umupolisi

SEI 262855646 3ede

Umuhanzi w’Umunyamerika, Lil Nas X usanzwe witwa Montero Lamar Hill, yatawe muri yombi i Los Angeles muri Leta zunze Ubumwe za Amerika nyuma yo kugaragara mu muhanda mu masaha ya saa kumi n’imwe za mu gitondo (4:00am), yambaye gusa umwambaro w’imbere n’inkweto za cowboy. Amashusho yakwirakwijwe ku mbuga nkoranyambaga amugaragaza aririmba, avuga amagambo adasobanutse ndetse […]

Uvira: Abantu 12 barimo abasirikare n’umujenerali bakurikiranweho ubwicanyi

tribunal militaire 1

Urukiko rwa Gisirikare rwa Uvira muri iki cyumweru rwatangije urubanza rw’abantu 12 barimo abasirikare icyenda, umupolisi umwe, n’abawazalendo babiri, barimo uwiyise jenerali, ku byaha bitandukanye byakozwe hagati ya Luvungi na Uvira mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo. Nk’uko byatangajwe na Lieutenant Reagan Mbuyi Kalonji, Umuvugizi w’ibikorwa bya Sukola 2 muri Kivu y’Amajyepfo, ngo uru rubanza rurimo […]

Pyongyang: Kim Jong un yakiriye anashimira ingabo zivuye ku rugamba muri Ukraine

1024x576 cmsv2 61720911 df08 50e0 82af 1ec2796b36f8 9430519

Ibiro Ntaramakuru bya Koreya ya Ruguru bigenzurwa na Leta byavuze ko Umuyobozi w’iki gihugu, Kim Jong un yahaye izina ry’intwari abayobozi b’ingabo n’abasirikare bagarutse mu gihugu nyuma yo gufatanya n’Ingabo z’u Burusiya ku rugamba mu karere k’umupaka ka Kursk. Kuri uyu wa Gatanu, ibitangazamakuru bya Leta byavuze ko umuyobozi wa Koreya ya Ruguru, Kim Jong-un […]

Gen. Bertin Gahungu yatawe muri yombi 

1755840549683

Général de Brigade de Police Gahungu Bertin uri mu bapolisi bakomeye mu Burundi, yatawe muri yombi ejo ku wa Kane tariki ya 21 Kanama 2025. Gahungu wigeze kuyobora iperereza ry’imbere mu Burundi (DDI), amakuru aturuka muri iki gihugu aravuga ko yaraye muri gereza y’urwego rw’iperereza iherereye hafi ya cathédrale Regina Mundi i Bujumbura. Kugeza ubu […]

Leta ya RDC irishyuza Joseph Kabila indishyi za miliyari hafi 22$

bitmap 1200 nocrop 1 1 20250801025140912424 kabila 1

Kuri uyu wa Kane, itariki 21 Kanama, mu Rukiko rwa Gisirikare, Abavoka bahagarariye leta ya Congo n’intara za Kivu y’Amajyaruguru n’Amajyepfo, basabye ko uregwa, uwahoze ari Perezida Joseph Kabila, yishyura indishyi zingana na miliyari 21.7 z’amadolari ya Amerika. Kuri bo, ngo uwahoze ari umukuru w’igihugu yashyigikiye Ingabo z’u Rwanda n’abarwanyi ba AFC/M23 mu bikorwa byabo […]

Kicukiro: Basabwe kunoza serivisi igihe Shampiyona y’Isi y’amagare izaba ibera mu Rwanda

csm Inama ya UCI1ED 61225353c5

Ibi byagarutsweho n’Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Akarere ka Kicukiro, Mutsinzi Antoine, ubwo yaganiraga n’abacuruzi bafite ibigo binini bikorera mu Karere ka Kicukiro mu rwego rwo kubategura kwakira  Shampiyona y’Isi yo gusiganwa ku magare [UCI Road World Championships 2025]. Iyi Shamiyona iteganyijwe kubera mu Rwanda kuva tariki 21-28 Nzeri 2025 ariko abasiganwa bakaba bazakoresha imihanda yo mu Mujyi wa […]

Rigathi Gacaguwa yagarutse muri Kenya nyuma y’iminsi 42 ari muri Amerika

72556167 906

Rigathi Gachagua wahoze ari Visi Perezida wa Kenya kuri ubu utavugarumwe n’ubutegetsi bwa Kenya yagarutse mu gihugu cye nyuma  y’uruzinduko yari amazemo iminsi 42 muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Byari ibyishimo n’umunezero mwinshi ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Jomo Kenyatta i Nairobi kuri uyu wa Kane tariki 21 Kanama 2025, ubwo abakunzi ba Rigathi […]

Nijeriya yirukanye ku butaka bwayo abanyamahanga 102 biganjemo abashinwa

69851446 1004

Ikigo cy’igihugu gishinzwe kurwanya ruswa n’ubujura bukorerwa kuri murandasi,  kizwi ku izina rya EFCC muri cya Nijeriya, cyatangaje ko cyamaze kwirukana abanyamahanga 102 nyuma yo kubahamya ibyaha by’uburiganya no kwinjira mu bikorwa by’ubwambuzi bukorewe kuri murandasi. Muri abo birukanywe, harimo Abashinwa 50 ndetse n’Umunyatuniziya umwe, mu gihe abandi banyamahanga bakomoka mu bihugu bitandukanye na bo […]

AFC/M23 yamaganye Raporo ya Human Right Watch iyishinja kwica abasivili

field media image 9208 198218 vignette capture d ecran 2012 08 10 a 13.14.17

Ihuriro rya AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Kinshasa buyobowe na Perezida Felix Tshisekedi wa Repubulika ya demokarasi ya Congo ryamaganye raoro y’umuryango wa Human Right Watch yasohoye, iyishinja kwica abasivili barenga 140 mu bice byegereye pariki y’igihugu ya Virunga. Ejo ku wa gatatu tariki ya 20/08/2025, umuryango wa Human Right Watch ni bwo wasohoye icyegeranyo kivuga […]

Abacamanza b’Abafaransa batesheje agaciro urubanza ruregwamo umugore wa Habyarimana

agathe en juvenal habyarimana 1579179444121 9fc7e

Abacamanza b’Abafaransa kuri uyu wa Kane tariki ya 21 Kanama, batesheje agaciro ikirego kuri Agathe Kanziga wahoze ari umugore wa Habyarimana Juvenal wabaye Perezida w’u Rwanda bakoragaho iperereza ku ruhare akekwaho muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Kanziga w’imyaka 82 y’amavuko, aba mu Bufaransa kuva mu 1998; gusa Leta y’u Rwanda yakunze gusaba u Bufaransa […]

Gasabo: Umugabo yishe umwana we arimo kugerageza gukubita nyina

GasaboDist

Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Gasabo kuri uyu wa Gatatu ushize bwaregeye Urukiko Rwibanze rwa Gasabo dosiye y’umugabo ukurikiranweho gukubita umugore we igiti (inkoni) kigafata umwana yari ahetse bikamuviramo urupfu. Ibyo byabaye ku itariki ya 02 Kanama 2025 mu Mudugudu wa Kagese, Akagali ka Rusheshe, mu Murenge wa Masaka ubwo uregwa yagiranaga amakimbirane n’umugore we […]

RDC: Urubanza rwa Joseph Kabila rurakomeje

ZXFXNAZDJZNXHNJZHRNMGJDMYY

Urubanza rwa Joseph Kabila wahoze ari Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, rwakomeje kuri uyu wa Kane, itariki ya 21 Kanama 2025, imbere y’Urukiko Rukuru rwa Gisirikare rwa DRC. Uyu munsi iburanisha rizatangira icyiciro cyo kuburana. Nk’uko byatangajwe na Perezida wa mbere w’Urukiko Rukuru rwa Gisirikare, Lt. Gen. Mutombo Katalay Tiende Joseph, ngo bahawe […]