Musanze: Umunyamafaranga yakubise agira intere abaturage batatu yaketse ko bamwise “sha”

Abagabo batatu; Marcel Twagirayezu, Jean de Dieu Zirunguye na Gasaza batuye mu Kinigi mu Karere ka Musanze, bavuga ko bakubiswe n’uwo bita umunyamafaranga, Marcel Twizerimana wari uketse ko bamwise “sha” ikintu ngo afata nko kumusuzugura. Aba baturage baherutse gutangariza TV1 ko Twizerimana yabategeye mu nzira akabahondagura afatanyije n’abakozi be, nyuma y’uko yari aketse ko bamwise […]

Urutonde rw’abaperezida batanu bakennye muri Afurika

40dcfbee-a335-494d-afaf-e6b3aebe3b97-ango_aspr_1.499_w640_h427_e400.jpg

Ku mugabane wa Afurika, byabaye itetu ko umutegetsi asahura igihugu, agakungahara igihe cyose ari ku butegetsi. Gusa ntibibuza bamwe muri bo kuba bagarukwaho nk’abakennye. Kuba bakennye si ku rwego rwa rubanda bategeka, ahubwo bitwa ko bakennye harebwe kuri bagenzi babo ibyo batunze. Ikinyamakuru African Standard gitangaza ko abaperezida bo muri Afurika bakurikirana gutyo: 5. JoĂŁo […]

Trump ntiyemeranya n’Ubutasi buvuga ko Coronavirus itakorewe mu Bushinwa

Perezida Donald Trump wa Amerika yagaragaje ko adahuza n’inzego z’ubutasi za leta ye ubwo yavugaga ko yabonye ibihamya ko coronavirus yakorewe muri laboratoire mu Bushinwa. Uyobora ibiro by’ubutasi bya Amerika yari yatangaje ko bakiri gukora iperereza ku nkomoko y’iyi virus. Gusa ibi biro bivuga ko byamaze kubona ko Covid-19 “atari virus yakozwe n’abantu cyangwa yahinduwe […]

Rubavu: Noteri akurikiranweho guhindurira ibyangombwa uwagurishije isambu umugore atabizi

Noteri w’Ubutaka mu Murenge wa Rugerero, Barigora Rwemera afunzwe akurikiranweho gufasha guhindura ibyangombwa by’ubutaka umugabo wagurishije umutungo rwihishwa umugore we atabizi. Umwe mu bayobozi b’Umurenge wa Rugerero utashatse ko amazina ye atangazwa, yatangarije Bwiza.com ko yamenye iby’ayo makuru y’itabwa muri yombi rya Rwemera. Ati “Nanjye nabyumvise gusa sindabimenyaho byinshi.” Bwiza.com yagerageje kuvugana n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubushinjacyaha […]

Ruhango: Babiri bakurikiranwe bakekwaho kwica umwarimukazi

Abagabo babiri; Turatsinze uzwi nka Padiri na Ndahayo, bafashwe bakekwaho kwica Umwarimukazi, Uwimana Monique mu mpera z’icyumweru gishize, aho amakuru yavugaga ko yagiye gusura inshuti ye akagwayo bitunguranye. Turatsinze na Ndahayo biyongereye kuri Mukakalisa Chantal nyakwigendera yari yasuye, we wahise atabwa muri yombi akekwaho iki cyaha cy’ubwicanyi. Umuyobozi w’Akarere ka Ruhango, Habarurema Valens yavuze ko […]

COVID-19: Impamvu ibikorwa bimwe byafunguwe kandi abarwayi bakomeje kwiyongera

Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda (MINISANTE) itangaza ko hari impamvu zatumye yemera ko hagira ibikorwa bimwe na bimwe byemererwa kongera gukora mu gihe abarwayi ba COVID-19 bakomeje kwiyongera uko umunsi utashye. Minisitiri w’Ubuzima, Dr. Daniel Ngamije atangaza ko kuba bemeye ko hari serivisi zemerewe kongera gukora bitewe n’uko minisiteri izi neza ahari kuva ubwandu bushya, bityo […]

Bugesera: Umuyobozi yeguye nyuma yo kuvugwaho ubusinzi

Umukozi ushinzwe Imibereho myiza y’Abaturage (SEDO) mu Kagari ka Kibungo mu Murenge wa Ntarama mu Karere ka Bugesera, Jean Paul Niyongira yeguye nyuma y’aho abaturage bari bamushinje ko ari umusinzi utubahiriza inshingano ze. Bamwe mu batuye mu Kagari ka Kibungo bari batangarije TV1 ko basanga SEDO Niyongira yakwegura, umwanya ugahabwa undi. Aba baturage batanga ko […]

Kwizihiza umunsi w’umurimo uri mu bibazo bya Coronavirus ni akaga

Nk’uko bisanzwe, kuwa 1 Gicurasi mu Rwanda no ku Isi yose, harizihizwa umunsi mpuzamahanga w’umurimo gusa usanze uretse ibibazo byari bisanzwe mu Rwanda bijyanye n’imirimo, hiyogereyeho icyorezo cya Coronavirus, kuwizihiza muri uru ruvange rwibibazo ni akaga gakomeye . Uyu munsi mpuzamahanga w’abakozi ufite inkomoko ku cyiswe “Haymarket affair”, iyi ikaba ari imyigaragambyo yabereye i Chicago […]

Rubavu/Rugerero: Umugabo yatawe muri yombi akekwaho gufata ku ngufu umukobwa

Umugabo witwa Ndagijimana Innocent w’imyaka 42 yafashwe akekwaho gufata ku ngufu umukobwa w’imyaka 25 utuye mu Mudugudu wa Nkama, Akagari ka Kabirizi, Umurenge wa Rugerero mu Karere ka Rubavu. Umwe mu baturage babonye itabwa muri yombi rya Ndagijimana yatangarije Bwiza.com ko ” Yabonye Ndagijimana n’uwo bikekwa ko yafashe ku ngufu bajyanwe kuri Sitasiyo ya RIB […]

2020: Urutonde rw’ibihugu bitanu bifite igisirikare gikomeye muri Afurika

download-6.jpg

Umugabane wa Afurika ugizwe n’ibihugu 54 byemewe n’Umuryango w’Abibumbye. Gusa hari ibindi ‘bihugu’ nka Reunion, Sahara y’Uburengerazuba, Mayotte na Saint Helena bitaremerwa ahubwo bikaba kuba byakwemerwa nk’ibihugu bikaba bigisuzumwa. Mu nzego zitandukanye ziba zigize ibi bihugu harimo igisirikare. Mu Isi ya none, igisirikare kivuze byinshi ku gihugu. Hari aho usanga kiri mu bigenerwa ingengo y’imari […]

Rubavu: Aho Sebeya yisukira mu Kivu hagaragaye umurambo w’ umuntu utaramenyekana

Umurambo w’umugabo utaramenyekana wabonetse mu Mudugudu wa Nyaburanga, Akagari ka Nengo mu Murenge wa Gisenyi mu Karere ka Rubavu aho Sebeya yisukira mu kiyaga cya Kivu. Umwe mu bahaye amakuru Bwiza.com utashatse kumenyakana avuga ko umurambo w’uyu mugabo wabonetse kuwa Gatatu tariki 29 Mata 2020 ahagana saa saba z’amanywa. Uyu muturage unatuye mu Murenge wa […]

Amerika ivuga ko itazi aho Kim Jong-Un aherereye

Abategetsi ba Leta Zunze Ubumwe za Amerika bavuga ko “badaheruka kubona” Perezida Kim Jong-un wa Koreya ya Ruguru kandi bari gukurikiranira hafi ibivugwa ku buzima bwe, byatangajwe na Mike Pompeo ushinzwe ububanyi n’amahanga muri iki gihugu Pompeo yavuze ko bafite impungenge ko icyo gihugu gishobora kuba kibasiwe na coronavirus cyangwa n’icyorezo cy’inzara nk’uko BBC ibitangaza. […]

U Bubiligi: Ubujurire bwa Neretse buzakomeza mu kwezi gutaha

Ubujururire mu rubanza rw’Umunyarwanda, Fabien Neretse ukekwaho uruhare muri jenoside yakorewe Abatutsi rwashyizwe muri Gicurasi muri uyu mwaka. Neretse yari yakatiwe n’urukiko rwo mu Bubiligi rwa Assize mu Kuboza gufungwa imyaka 25 ku bwo guhamwa n’ibyaha bya jenoside. Yajuririye iki gihano, kuwa 29 Mata agaruka mu rukiko gusa umucamanza atangaza ko urubanza rw’uyu mugabo rwazakomeza […]

Karongi: Umusore yatawe muri yombi akekwaho gusambanya umukobwa w’imyaka 17

Umusore witwa Tuyishime Boaz utuye mu Murenge wa Gishyita, Akagari ka Cyanya, Umudugudu wa Gitovu, yaguwe gitumo ubwo yari arimo gusambanya umwana w’umukobwa uri mu kigero cy’imyaka 17, usanzwe ari umunyeshuri mu rwunge rw’amashuri rwa Gishyita. Inzego z’umutekano n’ubuyobozi ku mugoroba wo kuwa 28 Mata 2020, ahagana saa kumi n’igice, mu Karere ka Karongi ku […]

Gakenke: Abaturage bashobora kwibasirwa n’inzara nyuma y’imvura yangije imirima y’imiceri

Abaturage bo mu Karere ka Gakenke bahinga umuceri baravuga ko imvura yangirije imirima yabo y’umuceri igera kuri hegitari 32, ingingo ituma hashobora kwaduka inzara ndetse n’ubukene. Abaturage bavuga ko imvura yaguye mu ijoro ryo kuwa Kabiri tariki 28 Mata, yangirije hegitari z’umuceri. Mu hibasiwe cyane ni igishanga cya Nyabitare nk’uko ubuyobozi bwatangarije The New Times. […]

RIB dimisses sexual assault claims by refugees from Libya

Rwanda Investigation Bureau (RIB) has concluded that allegations of sexual assault by a minor refugee at the Gashora Emergency Transit Centre against a Rwanda National Police commander at the centre in Bugesera district are unfounded. The Ministry of Emergency Management (MINEMA), which manages the camp together with the United Nations High Commission for Refugees (UNHCR) […]

U Burundi buravuga ku ngabo zabwo zivugwa ko zaba ziri ku butaka bwa Congo

Umuvugizi w’Ibiro by’Umukuru w’Igihugu mu Burundi yavuze ko nta ngabo z’iki gihugu ziri mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo, anyomoza amakuru amaze igihe azivugwaho ko zijya kurwanya imitwe irwanya ubutegetsi bwazo Ntara ya Kivu y’Amajyepfo. Uyu Muvugizi yabwiye BBC ko nta ngabo z’u Burundi ziri mu kindi gihugu mu buryo butazwi. Uyu muyobozi […]

Nanga gushaka kuko n’ubundi sinamarayo kabiri- umukobwa ufite umwana umwe

Umukobwa uvuga ko atuye mu Mujyi wa Kigali akaba afite umwana umwe avuga ko atashaka umugabo kuko n’ubundi asanga badateze kurambana. Uyu yanditse akoresheje urubuga info@bwiza.com, avuga ko kuba afite umwana umwe bimuhagije kandi ko byamurinda kuba inganzwa y’umugabo yazaba ashatse. Uyu utaratangaje amazina ye, ati ” Ndi fiye mere [fille mere] w’umwana umwe. Nanga […]

Kwibuka 26: Hari abagifite ingengabitekerezo ya jenoside yo ku ishyiga

Itegeko no 59/2018 ryo ku wa 22/08/2018 ryerekeranye n’icyaha cy’ingengabitekerezo ya Jenoside n’ibindi byaha bifitanye isano na yo ribisobanura mu ngingo yaryo ya kane ko, ingengabitekerezo ya Jenoside ni igikorwa gikozwe mu ruhame, byaba mu magambo, mu nyandiko, mu mashusho cyangwa ku bundi buryo kigaragaza imitekererereze yimakaza cyangwa ishyigikira kurimbura abantu bose cyangwa bamwe muri […]

Libya yabaye urubuga rwo kugeragerezaho intwaro nshya-LONI

stephanie-williams-munich-2020-600x330.jpg

Umuryango w’Abibumbye utangaza ko Libya yabaye isibaniro ry’imirwano kuva mu 2011 kuri ubu yahindutse ikibuga cyo gusuzumiraho no kugerageza intwaro nshya ku bihugu bitandukanye ku Isi. Intumwa idasanzwe ya LONI muri Libya, Stephanie Turco Williams, kuwa Kane w’icyumweru gishize yatangarije abanyamakuru ko Libya yabaye iseta yo kugerageza intwaro nshyashya. Ati ” Libya yabaye urubuga rwo […]

Gasabo: Abaturage bagera ku 5,000 baratabaza Perezida Kagame

bfa92a87-57be-4435-81f0-c76ff79f36d1.jpg

Abaturage bagera ku bihumbi bitanu bashoye imari mu mushinga wa Kompanyi yitwa Unlimited Wealth Network (UWN) yororera inkoko ahitwa ku Gasima mu Murenge wa Ndera mu Karere ka Gasabo, baratabaza Umukuru w’Igihugu bavuga ko bashobora kuba barakorewe ubwambuzi bw’amafaranga bashoye ndetse ubu bakaba basaba nibura guhabwa inyungu z’amezi abiri ngo bifashishe mu bihe bya Coronavirus […]

COVID-19: Perezida Kagame yavuze ko hazasuzumwa niba hakiri igihe cyo kuguma mu rugo

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame avuga ko inama y’abaminisitiri iteganyijwe muri iki cyumweru izafatirwamo umwanzuro niba gahunda ya Guma mu rugo izongerwa cyangwa habaho gufungura bimwe mu bikorwa. Ibi yabitangaje mu kiganiro n’abanyamakuru ku gicamunsi cyo kuwa 27 Mata 2020. Ubwo yasubizaga umunyamakuru wari umubajije niba u Rwanda ruteganya gufungura bimwe mu bikorwa […]

Nyagatare/Karama: Ufite ubumuga bw’ingingo arataka akarengane n’itotezwa amazemo imyaka itanu

Umuturage witwa Epimaque Kanyawera uzwi ku mazina ya Runyunya cyangwa Sisitimu, utuye mu Mudugudu wa Kabeza, Akagari ka Nyacyiga, Umurenge wa Karama, arataka gutotezwa n’akarengane abamo kuva mu myaka itanu ishize, ashinjwa kuba yaratanze amakuru kuri ruswa bityo akaba yarahagarikiwe ubufasha bw’abatishoboye bwose ndetse ngo aranakubitwa. Kanyawera yatangarije Bwiza.com ko imvano y’ibyo akarengane ikomoka ku […]

25/4/ 1994: Abafaransa muri LONI barwanyije ko ibyaberaga mu Rwanda byakwitwa jenoside

Ku wa 25 Mata mu 1994, Leta yariho icyo gihe, yari ikomeje umugambi wayo mubisha wo gutsemba Abatutsi. Iyi nyandiko iragaragaza hamwe mu hantu hiciwe Abatutsi tariki ya 25 Mata mu 1994. Leta y’abicanyi yakomeje gushyigikirwa n’Abafaransa mu Kanama ka Loni gashinzwe Amahoro ku isi, barwanya ko ijambo “genocide” ryakoreshwa Kuva tariki 7/4/1994 jenoside itangiye, […]

Rubavu-Busasamana : Abaturage bageneye abo mu mujyi toni z’ibirayi n’iz’imboga

d25d3c9e-73ec-422f-a0ba-17781501f435.jpg

Abaturage bo mu Murenge wa Busasamana mu Karere ka Rubavu batanze ibiribwa bigizwe na toni 4.5 z’ibirayi na toni 20 z’imboga z’amashu ku baturage bo Mu mirenge ya Gisenyi na Rubavu batabasha gukora kuko bakoreraga i Goma ubu bakaba batacyambuka. Itsinda ryari riyobowe n’Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Busasamana, Nsabimana Mvano Etienne ryataganje ko iki gikorwa […]

Karongi: Umugabo afunzwe akekwaho kwica mugenzi we amuteye icyuma

Umuturage wo mu Karere ka Karongi, Umurenge wa Rugabano, Akagari ka Tyazo, Umudugudu wa Karambi, Rwamudanga Vianney yateye icyuma mugenzi we, Habumuremyi Evariste ubwo ubuyobozi bwarimo bushaka uko bwamugeza kwa muganga ahita ashiramo umwuka. Ibi bikaba byabaye ku mugoroba wo kuwa 24 Mata 2020 ahagana mu ma saa kumi n’ebyiri zishyira saa moya z’ijoro, bakaba […]

Abanyamategeko ba Gen. Tumukunde barataka guterwa ubwoba

Mu kwezi kwa Mata uyu mwaka, Rtd. Lt. Gen. Henry Tumukunde yatawe muri yombi ashinjwa ibyaha byo gutunga intwaro mu buryo butemewe ndetse n’ubugambanyi. Abamuburanira barataka guterwa ubwoba n’abantu batandukanye n’ubwo batabatangaza amazina. Nyuma yo gutabwa muri yombi, muri bimwe byagaragajwe nk’ibimenyetso, hari aho ubugenzacyaha bugerageza kugaragaza ko amwe mu magambo ya Gen. Tumukunde, yashishikariza […]

Rwanda registers highest daily increase of 22 new cases, raising total to 176

The Rwandan Ministry of Health reported late Friday 22 new COVID-19 cases, the largest single daily increase since the country registered its first case on March 14, bringing the total cases to 176. The new cases “reflect a rise in cases of cross-border truck drivers and their assistants,” the ministry said in its daily coronavirus […]

Rubavu: Uwakekwagaho gutema inka y’uwarokotse Jenoside yishwe arashwe ashaka gutoroka

Amakuru agera kuri Bwiza.com ni uko Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Rubavu yarashe, yica, Sibomana Jean Pierre washakaga “gutoroka” nyuma y’aho afashwe akekwaho kwica inka ya Nyiramagori Rachelle, umupfakazi w’abana batatu warokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Aya makuru avuga ko uyu Sibomana yarashwe agerageza gutoroka aho yari afungiwe muri Gereza ya Kanama. […]

Rubavu: Bafite ubwoba ko abakora magendu bashobora kubanduza COVID-19

Bamwe mu baturage batuye mu bice byegereye ku mupaka uhuza Umujyi wa Goma muri Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo na Rubavu mu Rwanda, bavuga ko bafite impungenge ko abashumba bambuka mu buryo butemewe bashobora kuba intandaro yo kwandura Coronavirus. Bamwe mu baganiriye na Radiyo ijwi ry’Amerika batangaje ko hari abashumba bakijya kugurisha amata muri Congo, […]

Musanze: Uwambuwe inka n’iyayo ku bwo ‘gusuzugura’ mudugudu yayisubijwe

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Nyange mu Karere ka Musanze, Muremangingo JerĂ´me atangaza ko umuryango wa Iyamumpaye Emmanuel n’umugore we, Uwamariya Jacqueline batuye mu Mudugudu wa Kamicaca mu Kagari ka Kamwumba Umurenge wa Nyange, bamaze gusubizwa inka wahawe muri Girinka, bari bambuwe bivugwa ko basuzuguye mudugudu. Bwiza.com kuwa 22 Mata yabagejejeho inkuru igira iti “Musanze: Bambuwe […]

24/4.1994: Abatutsi benshi biciwe ku musozi wiswe Kaluvariyo

Tariki ya 24 mata 1994 ubwicanyi bwakorerwaga Abatutsi bwarakomeje hirya no hino mu gihugu, hicwa Abatutsi benshi. Abasirikari bagize uruhare rukomeye mu kwihutisha Jenoside mu majyepfo, ku isonga hari abasirikari abarindaga uwahoze ari perezida, Habyarimana Juvenal, bafatanije n’abandi basirikari ndetse n’abajandarume. Iyi nyandiko iragaragaza hamwe mu hantu hiciwe Abatutsi barenza ibihumbi ijana na mirongo itanu […]

Rubavu: Gitifu w’akagari yatawe muri yombi akekwaho kwakira ruswa ya Frw 10,000

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha mu Karere ka Rubavu, rutangaza ko rwataye muri yombi Umunyambaganga Nshingwabikorwa w’Akagari ka Gikombe mu Murenge wa Rubavu, Sentwari David akekwaho kwakira ruswa y’amafaranga ibihumbi icumi. Itabwa muri yombi rya Gitifu Sentwari rayabaye ku mugoroba wo kuwa 23 Mata, akaba akurikiranweho icyaha cyo gusaba no kwakira indonke ayihawe n’umuturage wubakaga urupangu rw’inzu […]

COVID-19: MINICOM ivuga ko hari uburyo buteganyijwe bwo korohereza ubucuruzi

Minisiteri y’Ubucuruzi n’Inganda (MINICOM) itangaza ko hari ingamba zafashwe zigamije kuzagoboka ubucuruzi kugira ngo bubashe guhangana n’ingaruka zizaba zaratejwe n’icyorezo cya Coronavirus. MINICOM itangaza ko izi ngamba zizatangira gukoreshwa muri Gicurasi uyu mwaka nk’uko yabitangaje ku wa 22 Mata. Leta y’u Rwanda yemera ko Coronavirus yagize ingaruka ku bukungu bw’iki gihugu ndetse no ku Isi […]

23/4/1994: Ubwicanyi ku Batutsi ku cyuzi cya Nyamagana

Icyuzi cya Nyamagana cyashyizweho mu gihe cy’Umwami RUDAHIGWA cyo kuhirira imyaka ariko mu gihe cya Jenoside haroshywemo Abatutsi benshi ndetse hari bariyeri ikomeye cyane. Icyuzi cyari muri Komine Kigoma muri Segiteri ya Remera ubu ni mu Karere ka Nyanza mu Murenge wa Busasamana. Mu gihe cya Jenoside, Abatutsi benshi bari baturutse muri perefegitura ya Gikongoro […]

Rubavu: Abaturage bavuga ko hari umugabo barega bagafungwa

img-5372.jpg

Bamwe mu baturage batuye mu Mudugudu wa Nyaruhengeri, Akagari ka Basa, Umurenge wa Rugerero baravuga ko hari umugabo witwa Innocent Nshimiyimana ufata amasambu y’abaturage ku ngufu, bamurega, ubuyobozi bukabafunga. Umwe mu bahaye amakuru Bwiza.com utashatse ko amazina ye atangazwa avuga ko Nshimiyimana asaba abaturage ko bamugurisha amasambu yabo, babyanga imyaka yabo ikangirizwa. Avuga ko umuturage […]

Nsabiye uwo tuzashakana- Umukobwa w’ i Huye

Umukobwa uvuga ko atuye muri umwe mu Mirenge igize Akarere ka Huye, avuga ko yumva afitiye impuhwe umusore bazashakana agendeye ku buryo abona bigoye ko yahazwa n’umugabo umwe. Uyu mukobwa yasabaye Bwiza.com ko amazina ye yagirwa ibanga, atangaza ko “ Ubwo yigaga muri kaminuza yaryamanye n’abasore benshi ku buryo yumva asabiye uwo bazashakana bitewe n’uko […]

Musanze: Bambuwe inka ihaka n’iyayo ku bwo ‘gusuzugura’ mudugudu

Umuryango wa Iyamumpaye Emmanuel n’umugore we, Uwamariya Jacqueline batuye mu mudugudu wa Kamicaca mu Kagari ka Kamwumba Umurenge wa Nyange, akarere ka Musanze bavuga ko bababajwe n’uburyo bari bamaze umwaka n’amezi atatu bahawe inka muri gahunda ya Giriinka gusa bakayamburwa kuko ngo basuzuguye mudugudu nk’uko abandi baturage bavuga. Aba baturage batangarije TV1 ko bambuwe iyi […]

Umuyobozi wa Boko Haram ashobora kumanika amaboko-Igisirikare cya Nigeria

gjhzndoe.jpg

Igisirikare cya Nigeria gitangaza ko Umuyobozi w’Umutwe wa Kiyisilamu, Boko Haram, Aboubakar Shekau ashobora kumanika amaboko bitewe n’uko umutwe ayobowe usumbirijwe. Ubuyobozi bwa gisirikare butangaza ko ibi bubishingira ku kuba mu mvugo zaranze Shekau mu minsi ishize, yaragaragayemo gucika intege, ko “ ashobora kuyamanika.” Uyobora ishami ry’amakuru ya gisirikare muri Nigeria, Major General John Enenche […]

CHOGM 2020 in Kigali postponed

The 26th Commonwealth Heads of Government Meeting (Chogm) scheduled for later this year in Rwanda has been postponed due to coronavirus. The Commonwealth Secretariat on Tuesday said the summit set to take place from June 22 – 27 had been pushed to a later date. “The 26th CHOGM and associated events will be held in […]

Gasabo: Abasaga 3,500 baratabaza nyuma yo gushora imari muri kompanyi yorora inkoko

Abaturage basaga ibihumbi bitanu bashoye imari mu mushinga wa Kompanyi yitwa Unlimited Wealth (UWC) yororera inkoko ahitwa ku Gasima mu Kagari ka Musave mu Murenge wa Ndera mu Karere ka Gasabo, baratabaza bavuga ko bashobora kuba barakorewe ubwambuzi cyangwa icyo bita ubugome, amafaranga bashoye bakaba bagiye kuyabura. Umwe muri aba baturage utashatse gutangaza amazina ye […]

Nyamasheke: Gitifu arashinjwa gutwara ifu y’imyumbati y’abaturage

Abaturage bakorera ubucuruzi mu isoko rya Rwesero riri mu Kagari ka Rwesero, bavuga ko Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akagari riherereyemo, Jeanette Mukandayisenga yabatwariye ibicuruzwa kuko batanze amakuru. Aba baturage kuwa 14 Mata batanze amakuru kuri Radio Isangano, aho bavuze ko gitifu wabo yabaciye amafaranga kuko bafite ubucucike ku bitara bakoreraho mu isoko nyamara hari abacucitse ku barusha. […]

Umukozi yirukanwe ku bwo guhurira na bosi we muri esanseri

Umukozi witwa Egware Emmanuel wo muri hoteli mu Mujyi wa Blantyre muri Malawi yirukanwe ku kazi ku bwo guhurira na bosi we muri esanseri. Egware nk’uko Malawi Times ibitangaza, yahuye na bosi we ubwo yava kurya saa sita mu gihe bosi we ari bwo yari aje mu kazi. Uyu mugabo avuga ko ” Yazamutse muri […]

Umuhungu yaranyanze ngo mama asa nabi-Umukobwa w’i Muhanga

Umukobwa Charlotte Mukamana (amazina yahinduwe nk’uko yabisabye) avuga ko yanzwe n’umusore bakundanaga ubwo yakubitaga amaso nyina umubyara. Muakamana yanditse ubutumwa bwe kuri info@bwiza.com avuga ko atuye muri umwe mu mirenge yo mu Karere ka Muhanga. Avuga ko ” Yakundanye n’umusore uvuka mu Ruhango kuko na we ari ho yakoreraga. Baje gutandukana bitewe n’umwanda wa nyina […]

Nigeria: Hadutse agatsiko kitwa One Million Gang kiba kakanafata abagore ku ngufu

Hadutse agatsiko k’abasore biyita ‘One Million Gang’ mu Mujyi wa Lagos ryiba, rikanafata abagore ku ngufu muri ibi bihe bya Coronavirus. Iri tsinda ryashinzwe hagamijwe gukora ibikorwa by’ubujura rigizwe n’abantu 20 mu gace ka Agejunle. Aba basanzwe biba i Lagos no mu duce tuhakikije. Muri ibi bihe bya Coronavirus, abagore baribasiwe muri Nigeria aho insoresore […]

Ibimenyetso bishya birerekana akaboko k’Igikomangoma Salman mu kwica Khashoggi

Ubushinjacyaha bwa Turukiya kuwa Mbere tariki 20 Mata bwashyize hanze ibindi bimenyetso bikomeza gutunga agatoki igikomangoma cyimitswe cya Arabia Saudite, Mohammed bin Salman uruhare mu rupfu rw’umunyamakuru, Jamal Khashoggi. Ubushinjacyaha bw’iki gihugu bwashyize hanze ibirego ku bantu 20 bose bakomoka muri Arabia Saudite; barimo babiri ba hafi ku gikomangoma Salman ko bagize uruhare mu kwica […]

Rubavu: Bamwe mu baturage ntibakozwa ibyo kubabuza kugurisha imitungo yabo

Bamwe mu baturage mu Karere ka Rubavu bavuga ko umutungo utimukanwa w’umuntu ari wo umugoboka igihe bibaye ngombwa bityo ko batemeranya n’ubuyobozi bw’Akarere bubuza ushaka kuwugurisha ngo arengere abe muri ibi bihe bya guma mu rugo hirindwa Coronavirus. Bwiza.com kuwa 19 Mata yabagajejeho inkuru ifitwe ugira uti ” Rubavu: Nta wemerewe kugurisha imitungo ye muri […]

Perezida wa Brasil yagiye mu myigaragambyo ya guma mu rugo

2020_04_20_93200_1587345102._large.jpg

Perezida w’igihugu cya Brasil, Jair Bolsonaro yiyunze ku magana y’abaturage bigaragambya bamagana umwanzuro wafahswe na ba guverineri b’uduce tugize iki gihugu wo kuguma mu rugo hirindwa Coronavirus. Perezida Bolsonaro ku Cyumweru tariki 19 Mata 2020, yari mu bigarambya ari kumwe n’abamurinda. Yabwiye abaturage ko ” Ari kumwe nabo kuko yemera ibitekerezo batanga ku kibazo cyo […]

Nigeria: Bamwe mu baturage batangiye kurya imbeba kubera Coronavirus

Umuyobozi w’abaturage gakondo ba Biafra muri Nigeria, Nnamdi Okwu Kanu avuga ko bamwe mu baturage bo mu bwoko bw’Abayoruba batangiye kurya imbeba kubera kuguma mu rugo birinda kwandura Coronavirus ariko bakabura ibiribwa. Iyi mpirimbanyi y’uburenganzira bwa muntu ivuga ko Abayoruba batangiye kurya imbeba kubera inzara. Uyu mugabo w’imyaka 52 ati ” Uko twaryaga imbeba mu […]

Imirwano yubuye hagati ya Gen. Haftar na Leta ya Libya

Imirwano hagati ya Gen. Khalifa Haftar na Leta ya Libya yemewe n’Umuryango Mpuzamahanga (GNA) yarubuye mu minsi ibiri ishize mu gace ka Tarhouna mu bilometero 88 uvuye mu majyepfo y’Umujyi wa Tripoli. Imirwano yatangiye kuwa Gatandatu tariki 18 Mata ubwo Ingabo za Leta zagabaga igitero zigamije kwisubiza Umujyi wa Tarhouna wari mu maboko y’abarwanyi ba […]

Rubavu: Umugabo ntagitera akabariro bitewe n’uko Premier League yahagaze

Umugore uvuga ko yitwa Kantengwa Marie akaba atuye i Rubavu, avuga ko umugabo we yahagaritse akababriro kuko ngo Shampiyona y’Umupira w’Amaguru mu Bwongereza (Premier League) yahagaze kubera Coronavirus. Uyu mugore avuga ko ari mu kigero cy’imyaka 34 akaba afite abana babiri, ngo umugabo we ufana Manchester United nta kimwikoza kubera umupira w’amaguru. Yanditse agira ati […]

Uko umukobwa yaroze nyina ngo abone uko azajya aryamana na Se

Umukobwa wamenyakanye ku mazina ya Sharon ukomoka muri Nigeria ariko akaba i Londres mu Bwongereza yaroze nyina umubyara ahaka kumwikiza ngo uko azajya aryamana na Se umubyara nta we ubarogoya. Umwe mu batangaje iyi nkuru nk’uko ibinyamakuru nka Naija news ku mbuga nkoranyambaga (izina rye ryagizwe ibanga), yatangaje ko uyu mukobwa yikijije nyina wari kubangamira […]

Abaturage bakiriye bate iyongerwa ry’igihe cya guma mu rugo?

Inama idasanzwe y’Abaminisitiri yateranye kuri uyu wa 17 iyobowe na Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yongereye igihe cyo kuguma mu rugo kugeza ku wa 30 Mata 2020. Ibi ni imwe mu ngamba zafashwe na Leta mu gukomeza gukumira no kwirinda ikwirakwira ry’icyorezo cya Coronavirus. Ku ngingo y’uburyo bakiriye uku kongerwa kw’ibihe byo kuguma […]

Rwanda extends lockdown to April 30

The Rwanda government has extended the country’s lockdown to April 30, as the number of confirmed coronavirus cases continue to rise. Following a cabinet meeting held on Friday, the government agreed to extend the lockdown for a second time by 11 days. The lockdown was expected to end on April 19. “Unnecessary movements and visits […]

Polisi muri Nigeria yarashe umwana muto mu kibuno

Polisi mu gihugu cya Nigeria muri Leta ya Delta mu gace kitwa Sepele yarashe umwana muto w’umuhungu mu kibuno ubwo habaga imyigaragambyo yo kwamagana gahunda yo kuguma mu rugo hirindwa Coronavirus. Abagore bo muri Sepele bari biganje mu bigaragambya mu buryo bw’amahoro nyuma y’aho kuwa 13 Mata, Perezida Buhari yongereye igihe cyo kuguma mu rugo […]

Nagiye ku rugendo nsanga umugabo wanjye yashakanye n’umukozi wo mu rugo -umugore w’i Kigali

Umugore witwa Mama Fina (amazina yahinduwe) uvuga ko atuye mu Mujyi wa Kigali, atangaza ko yagiye kwiga, yagaruka agasanga umugabo we yibanira n’umukozi wabo nk’umugore n’umugabo. Uyu mugore uvuga ko afitanye n’umugabo we abana babiri’ umukobwa w’imyaka 9 n’umuhungu w’itanu, yifashihshije urubuga Info@bwiza.com yavuze uko byamugendekeye. Uyu mugore uvuga ko yumva umugabo we yamugambaniye, ati […]

USA: Umusenateri yavuze ko abaturage benshi bapfa aho kugirango ubukungu buhungabane

Umusenateri wa Leta ya Indiana, Joseph Albert “Trey” Hollingsworth III atangaza ko abaturage benshi ba Leta Zunze Ubumwe za Amerika bapfa ari benshi ariko ubukungu bw’igihugu ntibuhungabane. Ibi yabitangaje kuwa Kabiri tariki 14 Mata mu kiganiro na Radiyo WBIC yo muri Indiana. Uyu mugabo w’imyaka 36 wo mu Ishyaka ry’Aba-Repubulikani ati ” Gushyira imbere ubukungu […]

Afurika ni yo ishobora kuba izingiro rya Coronavirus-OMS

Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima (OMS) ritangaza ko Umugabane wa Afurika ushobora kuba isibaniro ry’icyorezo cya Coronavirus bitewe n’ubwiyongere bwacyo mu byumweru bike bishize. OMS ivuga ko ibi bishoboka bigendeye ku kuba Coronavirus ikomeje gukwirakwira muri Afurika mu gihe uburyo bwo guhangana n’iki cyorezo bugiciriritse kuri bimwe mu bihugu bigize uyu mugabane. Umuyobozi wa […]

Igikomangomakazi cya Arabia Saudite cyabonetse nyuma y’umwaka kiburiwe irengero

Igikomangomakazi cya Arabia Saudite, Basmah bint Saud bin Abdulaziz Al-Saud, cyari kimaze umwaka cyaraburiwe irengero byamenyekanye ko gifunzwe. Basmah kuwa Kane tariki 16 Mata ni bwo yasohoye itangazo asaba nyirarume, Umwami wa Arabia Saudite, Salman ndetse n’igikomangoma cyimitswe (Crown Prince) akaba na mubyara we, Mohammed bin Salman kumfungura aho afungiwe muri gereza. Basmah usanzwe azwiho […]