Nyaruguru: Impuruza ku buzima bw’umugore n’abana be 4

Nyuma yo kubyarira iwabo abana bane ku bagabo bane batandukanye, Musabyimana Claudine w’imyaka 39, utuye mu mudugudu wa Kalimba, akagari ka Raranzige, umurenge wa Rusenge, akarere ka Nyaruguru, bigaragara ko, we n’abana be babayeho ubuzima bushariye cyane, nko gutura mu nzu iri hafi kubagwaho no kutabona icyo atungisha abana. Musabimana asaba ubufasha ngo abone aho […]
Tanasha arateganya guhunga

Umuhanzikazi Tanasha Donna yamaze gutangaza ko agiye guhunga n’umuryango we akerekeza mu gihugu atatangaje. Tanasha yandinditse ku mbuga ze nkoranyambaga avuga ko atakomeza kwihanganira ibikomeje kubera muri Kenya. Uyu muhanzikazi akaba na rwiyemezamirimo yikije kubyo Kenya ngo irimo kunyuramo bitandukanye bitandukanye n’ibyo yari ayiziho byayiranze mu myaka yo hambere. Aha yavuze ko kuva umwaka wa […]
Rayon Sports yasubiriye Police FC, isanga Mukura VS muri ½ cy’Igikombe cy’Amahoro
Ikipe ya Rayon Sports yakatishije itike ya ½ cy’irangiza cy’Igikombe cy’Amahoro, nyuma yo gusezerera Police FC ku giteranyo cy’ibitego 6-4. Iyi kipe ikunzwe kurusha izindi yari yakiriye Police FC kuri Stade ya Kigali yitiriwe Pele i Nyamirambo, mu mukino wo kwishyura wa ¼ cy’irangiza warangiye itsinze ibitego 3-2. Ni nyuma y’ubanza na bwo yari yatsinzemo […]
Uganda: Abaminisitiri batangiye kudagadwa nyuma y’iyicwa rya Okello

Nyuma y’uko kuri uyu wa kabiri taliki 2 Gicurasi, Minisitiri w’umurimo muri Uganda yishwe, bamwe mu ba minisitiri batangiye gutabaza Leta ngo yongere imishahara y’ababarinda kugirango badakomeza kwisanga mu byago. Joyce Kaduc, minisitiri w’uburezi yavuze ko atewe ubwoba n’uburyo ababarinda babayeho, kuko ngo usanga badahembwa neza kandi ngo ntibanajya bahabwa amahugurwa y’uburyo bakwiye kwitwara. Aha […]
Guverinoma yahagurukijwe ikubagahu n’ibiza byahitanye abarenga 100
Abayobozi batandukanye muri Guverinoma y’u Rwanda kuri uyu wa Gatatu tariki ya 03 Gicurasi berekeje mu karere ka Rubavu, mu rwego rwo guhumuriza abagizweho ingaruka n’ibiza byatewe n’imvura idasanzwe yaguye mu ijoro ryakeye. Ni imvura yibasiye intara y’Uburengerazuba ndetse n’iy’Amajyaruguru, ihitana abantu 115 barimo abarenga 100 bo mu burengerazuba n’abarenga 10 bo mu majyaruguru. Iyi […]
Nyamagabe:Akurikiranyweho kwiba no kwica umuntu abanje kumumena agatuza

Mu karere ka Nyamagabe urwego rw’ubushinjacyaha bukurikiranye umugabo ushinjwa kwica umuntu umurambo akawuta mu mugezi. Ibyo byabereye mu murenge wa Kibumbwe mu ijoro ryo kuwa 3 mata 2023 ahana saa 10 h 00 z’ijoro. Nkurikiyimfura Joseph, ubwo yari mu nzira agenda, uyu mugabo wamwishe yari yamuteze amukubita ibuye maze rimumena amagufa yo mu gatuza ahita […]
Abapfuye biyirije ubusa muri Kenya , bane mu basuzumwe byagaragaye ko bishwe

Nyuma y’uko Pasiteri Paul Mackenzie atawe muri yombi ndetse akagezwa imbere y’ubutabera mu ntangiro z’icyi cyumweru, kuri ubu hakozwe isuzuma ibizamini bigaragaza ko 4 muri 30 bamaze gusuzumwa bigaragara ko bishwe. Johansen Oduo, impuguke muri Guverinoma mu byerekeye gukora ibizamini ku mpfu, yasobanuye ko mu isuzuma ryakozwe kuri uyu wakabiri ryagaragaje ko abana batatu bakubiswe […]
Bigenda bite ngo umuntu agire amaraso macye mu mubiri?

Ni kenshi uzajya w’umva bavuga ko umuntu runaka yajyanywe mu bitaro kubera kugira ikibazo cy’amaraso macye mu mubiri we. Icyo kibazo gifatwa nk’ikitarusange ku bantu bamwe nabamwe batabona ibyo umubiri wabo ukeneye ngo barusheho kugira ubuzima buzira umuze. Ubusanzwe kugira amaraso macye biterwa n’impamvu zitandukanye ariko izingenzi harimo kudafata amafunguro akungahaye ku butare bwa fer,ariko […]
Papa Francis yirukanye umupadiri w’Umunyarwanda muri Kiliziya
Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi, Papa Francis, yirukanye burundu muri Kiliziya Padiri Munyeshyaka Wenceslas ukomoka hano mu Rwanda. Uyu mupadiri wabarizwaga muri Diyosezi ya Evreux mu Bufaransa, ashinjwa kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, ubwo yakoreraga umurimo muri Paruwasi ya Sainte famille mu mujyi wa Kigali. Munyeshyaka yashinjwe kwica Abatutsi bari barahungiye […]
Abahitanwe n’imvura yaraye iguye mu gihugu barenze 100
Abantu 109 ni bo bimaze kumenyekana ko bamaze guhitanwa n’ibiza byatewe n’imvura nyinshi yaraye igwa mu turere dutandukanye tw’intara y’amajyaruguru ndetse n’iy’Uburengerazuba. Ni amakuru yemejwe na Guverineri w’iyi ntara, Habitegeko Franà§ois. Kuva mu ijoro ryakeye imvura idasanzwe yaraye igwa mu bice bigize intara y’Iburengerazuba ndetse n’iy’amajyaruguru. Guverineri Habitegeko yari yavuze ko amakuru y’ibanze afite ari […]
Arsenal yihimuye kuri Chelsea

Nyuma y’uko Manchester City inyagiye imvura y’ibitego4-1 ikipe ya arsenal, ku mukino uheruka kuyihuza,iyi kipe nayo yihimuye ku ikipe ya Chelsea iyitsinda ibitego 3-1. Ni umukino wabaye mu ijoro ryo kuri uyu wa kabiri, aho Arsenal yatangiye isatira maze ku munota wa 18 umukinnyi Artin Odegaard aba atsinze igitego cya 1 ku mupira yatunguje umunyezamu […]
Lionel Messi yafatiwe ibihano biremereye na PSG
Ikipe ya Paris Saint-Germain yo mu gihugu cy’u Bufatansa yahagaritse umunya-Argentine Lionel Messi mu gihe kingana n’ibyumweru bibiri adahembwa, nyuma yo gusiba imyitozo nta ruhushya yabiherewe. Kuri uyu wa Mbere ni bwo Messi yagaragaye ari i Riyad mu gihugu cya Arabie Saoudite aho yari yagiye nta ruhushya yatse PSG; ibinyamakuru birimo l’Equipe na RMC bikavuga […]
Umunyamakuru washatse kuvuguruza Leta kuri Covid 19 yarekuwe

Fang Bin yafunguwe nyuma y’uko amaze imyaka 3 muri gereza, akurikiranyweho guteza imvururu ubwo yarimo asakaza amashusho y’abantu bapfaga ku bitaro bimwe byo mu Bushinwa bazize icyorezo cya COVID19. Uyu munyamakuru w’Umushinwa, yarekuwe kuri icyi cyumweru taliki 1 Gicurasi 2023, nyuma y’uko atawe muri yombi ashinjwa guteza imvururu mu gihe Covid19 yari irimo guca ibintu […]
Ese wari uziko kurya urusenda bishobora gutuma uramba?

Ni kenshi usanga mu buzima bwa buri munsi hari abantu badashobora kwegera amafunguro yabo batabona ku meza hateretse urusenda. Urusenda burya rugira akamaro kanini mu buzima bwa muntu dore ko burya atari ikirungo gusa ahubwo rugira n’intungamubiri zirimo nko konngera amavitamine. Nubwo hari inyungu nyinshi ziboneka mu kurya urusenda, hari imwe ubushakashatsi bugaragaza bukomeye aribwo […]
Papa Francis yahaye Diyosezi ya Kabgayi Musenyeri mushya

Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi, Papa Francis, yatoreye Padiri Balthazar Ntivuguruzwa kuba umwepiskopi wa Diyosezi Gatolika ya Kabgayi. Padiri Ntivuguruzwa wari umuyobozi wa Kaminuza Gatolika ya Kabgayi (ICK), yasimbuye Myr Smaragde Mbonyintege wagiye mu kiruhuko cy’izabukuru. Iyimikwa rye ryemejwe n’Inama Nkuru y’Abepiskopi mu butumwa yanyujije ku rubuga rwayo rwa Twitter. Padiri Ntivuguruzwa waragijwe Diyosezi […]
Eddy Kenzo yafashe itsinda ry’abahanzi barimo Chameleone ashyira munsi y’ibirenge bye

umuhanzi Eddy Kenzo umwe mu bakomeye mu gihugu cya Uganda,yatangaje ko adashobora kubarizwa mu nyabutatu ya Jose Chamelione , Bebe Cool na Bob Wine ngo kuko abarenzeho batanapfundura udushumi tw’inkweto twe. Aganira na Ugandashowbiz, yabajijwe impamvu atajya abarizwa muri iyo nyabutatu bizwi ko bafite umuziki mwiza muri Uganda, yavuze ko we arenze aboneraho kwihanangiriza abamugereranya […]
KNC yarahiriye kwirukana ‘inkozi z’ibibi’ zose atunze muri Gasogi United
Perezida w’Ikipe ya Gasogi United, Kakooza Nkuliza Charles ‘KNC’, yatangaje ko bitarenze saa munani z’igicamunsi cyo kuri uyu wa Kabiri hari abakinnyi ari bwirukane kubera kugurisha imikino no kugambanira ikipe ye. KNC yabitangarije kuri Televiziyo ye ya TV2 mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 02 Gicurasi, ubwo yari mu kiganiro Rirarashe akorana […]
Rihanna na ASAP batunguranye mu birori bya Met Gala 2023-Amafoto

Mu birori ngarukamwaka bihuriramo ibyamamare mu ngeri zitandukanye, abahanzi batandukanye bagaragaje imyambarire idasanzwe bigeze kuri Rihanna na ASAP Rocky bagaragaza ko uretse kuba ari abahanga mu muziki no mu myarire bagaragaje ko bagaze neza. Ni umugoroba w’ibirori wabereye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu gace Metropolitan Museum of Art muri Leta ya New York […]
Uganda: Minisitiri Charles Engola yarashwe mu cyico n’umusirikare wamurindaga
Col (Rtd)Charles Okello -Engola wari Umunyamabanga wa Leta ya Uganda ushinzwe umurimo, akazi n’ibijyanye n’inganda, yarashwe mu cyico n’umusirikare wa UPDF wari umurinzi we. Minisitiri Engola wari ufite imyaka 33 y’amavuko, yarasiwe mu rugo rwe ruherereye mu gace ka Kyanja mu mujyi wa Kampala. Ubwo twandikaga iyi nkuru ntihari hamenyekanye icyihishe inyuma y’iraswa rye. Urupfu […]
Arteta ngo asa n’uteze amakiriro ku mukino wa Chelsea na Arsenal

Kuri uyu wa Kabiri taliki ya 2 Gicurasi hitezwe umukino hagati ya Arsenal na Chelsea, uyu mukino witezwe n’imbaga nyamwinshi ukomeje kuvugisha menshi abakunzi b’umupira w’amaguru by’umwihariko abihebeye shampiyona y’i Burayi. Ni umukino witezweho gusobanura koko niba Arsenal igikomeje guhanyanyaza ngo irebe ko yatwara igikombe gusa ukurikije uko irimo kwitwara bisa n’ibigoye n’ubwo mu mupira […]
Guterres ategerejwe i Bujumbura mu nama yiga ku bibazo bya RDC
Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, Antonio Guterres, ategerejwe i Bujumbura mu gihugu cy’u Burundi aho agomba kwitabira inama y’akarere izaba yiga ku bibazo bya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Ibiro by’Umunyamabanga Mukuru wa Loni mu karere k’ibiyaga bigari, byatangaje ko Guterres azagera i Bujumbura ku wa Gatanu tariki ya 05 Gicurasi 2023 akubutse i Nairobi muri […]
U Rwanda rwakiriye abarenga 40 barimo abanyamahanga bari baraheze muri Sudani
Mu gicuku cyo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 02 Gicurasi 2023, u Rwanda rwakiriye abantu 42 bari baraheze mu gihugu cya Sudani kubera intambara imaze ibyumweru birenga bitatu ihabera. Kuri uyu wa Kabiri ni bwo aba bantu bageze ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Kigali batwawe n’indege ya RwandAir. Barimo Abanyarwanda 32 mu gihe abandi […]
Igisubizo cya M23 ku bayishinje kwica abasivile 60 muri Rutshuru
Umutwe wa M23 wanyomoje ibirego by’uko hari abaturage babarirwa muri 60 waba wariciwe muri Rutshuru umaze igihe ushinjwa, uvuga ko nta shingiro bifite. Mu cyumweru gishize ni bwo ibitangazamakuru byo muri Congo na bimwe mpuzamahanga byatangaje inkuru y’uko hari imirambo 60 yabonetse mu duce twa Kashali na Kazaroho, two muri Chefferie ya Bwito muri Teritwari […]
Hari abatazi impamvu baribwa iyo bari mu gihe cy’imihango:Dore ikibitera

Ni ibintu bisanzwe ko umukobwa wese ugeze mu gihe cy’ubwangavu agira imihindagurikire haba ku mubiri , mu mitekerere mu gihe nta kindi kibazo cyihariye afite. Muri iyo mihindagurikire harimo ko ajya mu mihango burikwezi.Abakobwa bamwe bagira uburibwe mbere yayo abandi bakaribwa mu gihe bayirimo, ubwo buribwe nibwo bakunze kwita dysmonerrhea mu cyongereza). Ikinyamakuru gynsurgicalsolutions.com, cyivuga […]
Umusifuzi yibasiwe n’abo yasifuriraga umwe muri bo amumena amajigo

Muri championa yo muri Australie mu cyiciro cya mbere habereye isanganya, nyuma y’uko umusifuzi yibasiwe n’abakinnyi bamukubita umwe muri bo amukura amenyo. Ikinyamakuru smh.com.au cyatangaje ko umusifuzi witwa Khodr Yaghi, yahuye n’isanganya ku mukino wahuzaga ikipe ya ya Padstow Hornets na Greenacre Eagles aho yakubiswe n’abo yasifuriraga atabarwa n’abashinzwe umutekano ariko basanga amaze kumenwa urwasaya. […]
Nkore iki?Mukadata ashaka ko dusambana nyuma yo kubwirwa ko ndi kizigenza

Umukunzi wacu yatwandikiye atugisha inama y’icyo yakora nyuma y’uko ngo mukase amurarikiye ngo amusambanye yitwaje ko bamubwiye ko ari umuhanga mu mibonano mpuza bitsina. Yagize ati” Amazina yanjye ntabwo ndibuyababwire kuko hari abantu bashobora guhita bamenya bityo bikaba byakwangiza ubuzima bwite bwanjye” Ubusanzwe mfite imyaka 25 ndacyaba kwa Papa kuko niga muri kaminuza imwe ikorera […]
Afurika y’Epfo iri kwingingira Putin kutitabira inama ya BRICS kugira ngo itazamuta muri yombi
Leta ya Afurika y’Epfo biravugwa ko yaba irimo kwinginga iy’u Burusiya, isaba ko Perezida Vladimir Putin atitabira imbonankubone inama ya BRICS iteganyijwe kubera i Durban mu rwego rwo kwirinda ko yatabwa muri yombi. Ni inama iteganyijwe kuba hagati y’itariki ya 22 n’iya 24 Kanama, ikazitabirwa n’abayobozi barimo abakuru b’ibihugu bya Brésil, u Burusiya, u Buhinde, […]
Ku myaka 7, yarokoye bagenzi be nyuma y’uko umushoferi wari ubatwaye ataye ubwenge

Muri Leta ya Michigani ho muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika hasakaye inkuru y’umwana w’imyaka 7, watabaye ubuzima bwa bagenzi be nyuma y’uma y’uko umushoferi wari ubatwaye ataye ubwenge Bus bari barimo igata umuhanda. Uyu mwana witwa Dillon Reeves wiga mu ishuri rya “LOUISE E. Carter Middle School” ngo akimara kubona ko umushoferi ubatwaye agize […]
Kwa Tshisekedi ntibishimiye ishyirwaho rya Gen Alphaxard Muthuri nk’umugaba w’Ingabo za EACRF
Mu Cyumweru gishize Maj Gen Jeff Nyagah wari Umugaba w’Ingabo z’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba zoherejwe kugarura amahoro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (EACRF), yeguye ku nshingano ze. Byari nyuma yo kugaragaza impungenge z’uko umutekano we muri Congo wari ubangamiwe ndetse ukaba wari uri no mu kaga, ibyahuriranye n’igitutu yari amaze igihe ashyirwaho n’abategetsi b’i […]
Bisi ya Ritco yari itwaye abagenzi 57 yahiye ihinduka umuyonga
Imodoka nini ya sosiyete itwara abagenzi ya Ritco Limited, ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatandatu yafashwe n’inkongi ihinduka umuyonga ubwo yari igeze mu karere ka Kamonyi. Iyi Bisi ifite Plaque RAD 262 K yari itwaye abagenzi 57, yari ivuye i Nyabugogo yerekeza mu karere ka Ngororero. Yafashwe n’inkongi ubwo yari igeze ahitwa i Rugobagoba […]
Ese umuntu utarwaye akwiye kwihagarika inshuro zingahe ku munsi?

Mu mireho yamuntu ntashobora kubaho atanywa cyangwa atarya kuko umubiri kugirango ukomeze ukora neza uba ukeneye amazi n’intungamubiri zituruka mubyo arya. Iyo umuntu yafashe ibyo kunywa n’ibyo kurya rero, akenera kujya mu bwiherero kwihagarika cyanywa c kwituma. Ubushakashatsi bugaragaza ko umuntu muzima utarwaye ashobora kujya kwihagarika nibura hagati y’inshuro 6 na zirindwi ku munsi. Ntabwo […]
APR FC na Kiyovu Sports zatsikiye, Rayon Sports ibyungukiramo
Ikipe ya APR FC na Kiyovu Sports kuri uyu wa Gatandatu zombi zananiwe kubona amanota atatu, ziha Rayon Sports bahanganiye igikombe cya shampiyona amahirwe yo kongera kuzotsa igitutu. APR FC yari yakiriye AS Kigali kuri Stade ya Bugesera, mu mukino w’umunsi wa 27 wa shampiyona wabereye kuri Stade ya Bugesera. Ni umukino byari byitezwe ko […]
RDC yeruye, ivuga ko mu byatumye ishyira igitutu kuri Gen Jeff Nyagah harimo u Rwanda
Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), kirarega Maj Gen Jeff Nyagah kugirana umubano n’abarimo abasirikare b’u Rwanda; ikaba imwe mu mpamvu urugendo rwe nk’Umugaba w’Ingabo za EAC zoherejwe muri Congo rwarangiye. Ku wa Kane tariki ya 27 Mata ni bwo Maj Gen Nyagah yandikiye Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba amumenyesha ko yeguye […]
Perezida Kagame yinjije abuzukuru be mu muryango wa Arsenal
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yemeje ko abuzukuru be bateye ikirenge mu cye ku buryo na bo batangiye kwihebera ikipe ya Arsenal. Ni mu butumwa Umukuru w’Igihugu yashyize ku rubuga rwe rwa Twitter bwari buherekeje ifoto y’abuzukuru be babiri bambaye imyambaro y’iriya kipe y’i Londres. Ati: “Turi aba-Gunners (uko abafana ba Arsenal bakunda kwiyita), abashya […]
Filme nshya Celine Dion yahuriyemo na Priyanka Chopra irerekanwa vuba

Umuririmbyi Celine Dion wamamaye mu ndirimbo zakunzwe kugeza n’ubu zikaba zikiri mu mitima y’abamukunda, yatanze integuza kuri Filme ye yise “Love again” igiye kujya hanze. Ni Filme yitabajemo umuhindekazi Priyanka Chopra nawe wamamaye muri Filme z’abahinde, aho yibanda ku rukundo, umuryango no gusetsa ikaba kandi ikinnye no mu rurimi rw’icyongereza. Muri iyi Filime Priyanka Chopra […]
Neymar muri Manchester United?

Neymar da Silva Santos Jàºnior, umukinnyi w’ikipe ya Paris Saint Germain biravugwa ko muri uku kwa Gatandatu ashobora kwerekeza mu ikipe ya Manchester United. Kuza muri iyi kipe bishoboka mu gihe iyi kipe byaba byemejwe ko igurwa n’umuherwe wo muri Quatar Sheikh Jassim bin Hamad al Thani ukomeje kuyitangaho akabo ka miliyali 6 z’amafaranga akoreshwa […]
Byanzuwe ko mu ntangiro za Gicurasi abahinde bari bube benshi ku isi

Ubushakashatsi bugaragaza ko bitarenze mu mpera z’iki cyumweru umubare w’abaturage b’abahinde , uraba munini ugereranyije n’uw’abashinwa wari umaze igihe uyoboye urutonde. Ni imibare yashyizwe hanze n’umuryango w’abibumbye, aho ugaragaza ko uburumbuke bw’abahinde bwabaye bwinshi bigatuma habaho kubyara cyana. CNN itangaza ko gahunda yo kuboneza imbyaro mu Bushinwa mu myaka yashize yabaye intandaro yo kugabanuka, aho […]
Amabanga yerekeye RDF abasivile batemerewe kumenya
Iteka rya Perezida wa Repubulika N°35/01 ryo kuwa 03 Nzeri 2012, rigena ibikoresho bya gisirikare bijyanye no kurinda ubusugire bw’igihugu n’umutekano ariko bigomba kugirwa ibanga rikomeye. Umenye amakuru yerekeranye na byo akayasakaza aba agambaniye igihugu. Ibikoresho ingingo ya gatatu y’iri teka iteganya ko bikwiriye kugirwa ibanga birimo intwaro n’amasasu yazo, imodoka za gisirikare zirimo izikoreshwa […]
Min.Dr Bizimana yakomoje ku bwicanyi bwakorerwaga Abatutsi na mbere ya jenocide yo 1994

Umwaka w’1994 ntuzibagirana mu mateka y’Abanyarwanda ndetse no ku isi hose, bitewe n’uko Abatutsi basaga miliyoni bishwe muri uwo mwaka bazize uko bavutse. Ni muri urwo rwego rero, mu Rwanda n’ubundi buri mwaka hashyirwaho Gahunda y’iminsi 100 yo kwibuka Abatutsi bishwe muri uwo mwaka, hakomeza ibikorwa bitandukanye byo gufata mu mugongo abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi. […]
Kenya yateye utwatsi ibyo umuryango wa Kabuga wifuzaga ku mitungo ye
Urukiko Rukuru muri Kenya ku wa Kane tariki ya 27 Mata rwategetse ko imitungo Kabuga Félicien afite i Nairobi ikomeza gufatirwa, kugeza igihe Urukiko rw’Umuryango w’Abibumbye ruzafatira umwanzuro ku rubanza aregwamo kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Umuryango wa Kabuga wasabaga ko umwanzuro w’urukiko wo ku wa 06 Gicurasi 2008 wo gufatira inzu […]
CAF Champions league: Simba SC yasezerewe kigabo na Wydad Casablanca
Ikipe ya Simba Sports Club yo mu gihugu cya Tanzania yaraye isezerewe mu mikino ya CAF Champions league, nyuma yo gutsindwa na Wydad Athletic yo muri Maroc kuri penaliti 4-3. Byari nyuma y’uko amakipe yombi yari arangije imikino yombi anganya igitego 1-1. Simba yari yasuye Wydad ifite Igikombe cya CAF Champions league cy’umwaka ushize mu […]
RDC yasobanuye impamvu yirukanye Maj Gen Jeff Nyagah ku butaka bwayo bikitwa ko yeguye
Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yasobanuye ko ari yo yagize uruhare mu gutuma Maj Gen Jeff Nyagah wari ukuriye Ingabo za EAC zagiye kuyigaruramo amahoro yirukanwa; gusa bikitwa ko yeguye. Ku wa Kane tariki ya 27 ni bwo Gen Nyagah yandikiye Umunyamabanga Mukuru wa EAC, Peter Mathuki amumenyesha ko yafashe icyemezo cyo kwegura ku nshingano […]
Urubanza rwa Prince Kid nanone rwabaye Mutesi Jolly yarigendeye

Mu rukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge hongeye gusubukurwa urubanza rwa rwa Ishimwe Dieudonné wamenyekanye nka Prince Kid, nyuma y’uko muri Werurwe rusubitswe hakanzurwa ko rusubukurwa kuri uyu wa Gatanu taliki 28 2023. Uyu munsi urubanza rwitabiriwe n’ibyamamare bitandukanye bari barimo umunyamakuru David Bayingana, na bamwe muri ba nyampinga barimo nka Nimwiza Meghan, Iradukunda Liliane. Ikindi kandi […]
Hashyizwe akadomo ku ntambara yari hagati ya Katy Perry n’umunya Australie

Umuhanzikazi Katheryn Elizabeth Hudson uzwi nka Katy Perry, ari mu ntambara ikomeye n’umunyamideli Katie Jane Taylor bapfa ikirango cy’izina. Katie Jane Taylor, ni umunya Australie washinze inzu y’imideli ayitirira izina rye rya “Ketie perry”, mu mwaka wa 2017 nyuma y’uko abikundishijwe n’urugendo yari yagiriye mu gihugu cy’Ubutaliyani. Uyu munyamideli ngo yaje gutangazwa n’uko uyu muhanzikazi […]
Gen Jeff Nyagah wari ukuriye Ingabo za EAC ziri muri RDC yeguye

Umunya-Kenya Maj. Gen Jeff Nyagah wari ukuriye Ingabo z’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba zoherejwe kugarura amahoro muri Congo (EACRF) yamaze kwegura ku nshingano yari afite. Ku wa Kane tariki ya 27 Mata ni bwo uyu musirikare yashyikirije ibaruwa y’ubwegure bwe Umunyamabanga Mukuru bwa EAC, Amb. Peter Mathuki. Muri iyi baruwa, Maj Gen Nyagah yavuze ko yahisemo […]
Urujijo ku cyateye umusore kwica umukunzi we akamushyira mu gafuka

Umusore ubarizwa mu gace ka Kamakis,muri Ruir mu gihugu cya Kenya, yatawe muri yombi akurikiranyweho kwica uwari umukunzi we akamushyira mu ivarisi nyuma akajya kumujugunya. Uyu musore uri mu kigero cy’imyaka 28, yatahuwe ubwo amashusho (CCTV ) ajyanye umurambo kuwujugunya mu kilometero uvuye aho bari batuye. Iperereza ryakozwe hifashishijwe amashusho ritangaza ko uyu musore yagaragaye […]
Uwahoze ari Guverineri w’Intara y’Amajyepfo n’iy’u Burengerazuba yagizwe umuyobozi wa Police FC
Munyentwali Alphonse wahoze ari Guverineri w’Intara y’Amajyepfo ndetse n’iy’Uburengerazuba, yagizwe umuyobozi mukuru w’Ikipe ya Police FC. Ni inshingano yahawe n’ubuyobozi bukuru bwa Polisi y’u Rwanda ari na yo ifite Police FC. Polisi ku rubuga rwayo yavuze ko Munyentwali wanabaye Meya w’akarere ka Nyamagabe agomba kungirizwa na Superintendent of Police (SP) Régis Ruzindana. Umunyamabanga Mukuru wa […]
Umusogongero w’ibyishimo Angelina Jolie yagiriye muri White House

Umukinnyikazi wa cinema ya Holly Wood Angelina Jolie ari mu byishimo byo gusangira n’ibikomerezwa birimo Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Ni ibirori byabaye muri icyi cyumweru, ubwo habaga umuhango wo kwakira Perezida wa Koreya y’Epfo Yoon Suk-yeol n’umugore we Kim Keon-hee ariko hanizihizwa ubushuti ibi bihugu bifitanye. Angelina Jolie wari kumwe n’umuhungu we […]
Col. Doumbouya yasheshe umutwe w’abasirikare bari bashinzwe kumurinda
Perezida w’inzibacyuho wa Guinée-Conakry, Colonel Mamadi Doumbouya, yaraye asheshe batayo yabarizwagamo umutwe w’abasirikare bari bashinzwe kumurinda. Icyemezo cyo gusesa uyu mutwe cyemerejwe mu iteka ry’Umukuru w’Igihugu ryasomewe kuri Televiziyo y’Igihugu ku wa Kane tariki ya 27 Mata 2023. Ni Colonel Doumbouya wasabye Minisitiri w’Ingabo za Guinée ndetse n’Umugaba Mukuru wazo gushyira mu bikorwa ririya teka […]
Dore impamvu ukwiye kurya Cucumber

Abantu benshi bakunda kurya amafunguro asanzwe amenyerewe nk’atera imbaraga gusa ntibite ku yandi arimo izindi ntungamubiri zitandukanye. Kuri iyi nshuro tugiye kurebera hamwe akamaro k’urubugo cyangwa urubuto rwa Cucumber. Abantu benshi ntibazi akamaro k’uru ruboga ariko abahanga mu by’imirire batanga inama zo kururya byaba mbere y’amafunguro cg na nyuma yaryo. Reka turebere hamwe imimaro 5 […]
RDC yemeje ko imaze igihe ihemba abasirikare barenga 300,000 ba baringa
Guverinoma ya Congo Kinshasa yatangaje ko yari imaze igihe iha umushahara abasirikare ba baringa barenga ibihumbi 300, ku buryo Leta y’iki gihugu buri kwezi yatakazaga $ miliyoni 70 (Arenga Frw miliyari 70) ihemba abasirikare batabaho. Ni ibyatangajwe n’Urwego rushinzwe ubugenzuzi bw’imari muri Congo Kinshasa; nyuma y’igenzura ryimbitse ruheruka gukora. Ni ubugenzuzi bwibanze ku nzego zirimo […]
Nkore iki? Umukozi wo mu rugo arandyohera kuruta umugore wanjye

Umukunzi wa bwiza.com yasabye ubufasha bw’icyo ashobora gukora nyuma y’uko byamunaniye kudaca umugore we inyuma, ahubwo akaba arimo kwiyumvamo umukozi wabo wo mu rugo ndetse ngo akaba amuryohera kuruta umugore bashakanye . Uyu mugabo yatangiye agira ati”Nitwa Flugence(Irindi ntabwo turivuga mu rwego rw’umutekano we), ndi umunyarwanda ariko utuye muri Uganda.Nashatse umugore mu mwaka wa 2021, […]
Perezida Paul Kagame yagendereye Tanzania (Amafoto)

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yamaze kugera i Dar es Salaam muri Tanzania; mu ruzinduko rw’akazi ari kugirira muri iki gihugu. Ni uruzinduko rw’iminsi ibiri Umukuru w’Igihugu yatumiwemo na mugenzi we Samia Suluhu Hassan wa Tanzania. Perezida Paul Kagame akigera ku kibuga cy’indege cyitiriwe Mwalimu Julius Nyerere yakiriwe n’itsinda ry’abayobozi bo muri Guverinoma ya Tanzania […]
Rema yahishuye ibyahishwe ku itandukana rye na Eddy Kenzo rimaze imyaka 4

Rema Namakula wahoze ari umugore wa Eddy Kenzo, yavuze ibyo atari yaravuze mu gihe yatandukanaga n’uyu muhanzi . Hashize imyaka igera hafi kuri itanu, hamenyekanye inkuru y’itandukana ry’aba bombi, nyuma y’uko batumvikanye ku by’urugo n’ibindi batifushe gutangaza. Nyuma y’iyo myaka yose rero bagiye birinda kuvuga byinshi kuri iryo tandukana, gusa kuri iyi nshuro Rema yashyize […]
Erling Haaland na Kevin De Bryune, imvano y’intsinzi ya Man.City

Mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatatu, nibwo abantu benshi bari bategereje umukino w’ishiraniro hagati ya Arsenal na Manchester umukino waje kurangira ari ibitego 4-1 . Uyu mukino waranzwe n’igitutu kinshi ku makipe yombi haba kuri Arsenal na Man. City kuko zose zirimo gukoza imitwe y’intoki ku gikombe. Erling Haaland, Kevin De Bryune, ni bo […]
Perezida Paul Kagame agiye gusura kimwe mu bihugu bituranye n’u Rwanda
Perezida Paul Kagame kuva kuri uyu wa Kane tariki ya 27 Mata 2023, aratangira uruzinduko rw’akazi muri Repubulika yunze Ubumwe ya Tanzania. Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Tanzania yatangaje ko uruzinduko rw’Umukuru w’Igihugu muri iki gihugu rugomba kumara iminsi ibiri. Ni ku butumire bwa mugenzi we, Samia Suluhu Hassan. Perezida Kagame nagera ku kibuga cy’indege mpuzamahanga […]
Gen Muhoozi yasoje Operasiyo yaherukaga gushingwa na Museveni
Guverinoma ya Uganda yatangaje ko yamaze kwakira abaturage bayo barenga 200 bari baraheze muri Sudani kubera intambara ikomeje kubera muri iki gihugu. Mu rukerera rwo kuri uyu wa Kane ni bwo aba Bagande 211 bageze ku kibuga cy’indege cya Entebbe bakubutse muri Ethiopia, aho buririye indege bavuye muri Sudani. Ku kibuga cy’indege bakiriwe n’umujyanama mukuru […]
Kenya: Umubare w’abapfuye bategetswe kwiyiriza ukomeje gutumbagira

Abantu 95 ni bo bimaze kumenyekana ko bamaze gupfa nyuma y’uko uyu munsi hongeye gutahurwa imirambo itanu yiyongera kuri 90 yari yatangajwe kuri uyu wa kabiri. Ni inkuru yasakaye mu ntangiro z’iki cyumweru aho bivugwa ko umupasiteri witwa Pastor Paul Mackenzie ubarizwa mu rusengero rwitwa Good News International Church, byvuzwe ko yategetse abantu kwiyiriza iminsi […]
Perezida Kagame yoherereje ubutumwa Ndayishimiye w’u Burundi
Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi kuri uyu wa Gatatu tariki ya 26 Mata, yakiriye itsinda ry’intumwa z’u Rwanda zamushyikirije ubutumwa yagenewe na mugenzi we Paul Kagame w’u Rwanda. Izi ntumwa zari ziyobowe n’Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga, Prof Nshuti Manasseh ari na we wamushyikirije ubwo butumwa. Mu bari bamuherekeje harimo Maj Gen Vincent […]
Rayon Sports yikuye mu nzara za Police FC yari yabanje ibitego 3 yiyushye akuya
Ikipe ya Rayon Sports yatsinze bigoranye Police FC ibitego 3-2; mu mukino ubanza wa ½ cy’irangiza cy’Igikombe cy’Amahoro wabaye kuri uyu wa Gatatu. Police FC yari yakiriye Rayon Sports mu mukino ubanza wa ¼ cy’irangiza wabereye kuri Stade Régional ya Muhanga. Ni umukino utarabereye kimwe n’indi bijyanye n’uko Rayon Sports yari imaze igihe igitegereje ko […]