Uwakiniye Man. United yahishuye ko yibaga inkweto za Ferdinand na Rooney ngo agaburire umuryango we

Uwahoze ari umukinnyi wâikipe ya Manchester United, Rqavel Morrison yemeye ko yari afite ingeso yo kwiba inkweto zo gukinana za Wayne Rooney na Rio Ferdinand muri âVestiaireâ kugirango abashe kubona amafaranga yo kugura ibyo kurya byo kugaburira umuryango we. Morrison wakuriye muri Academy ya Man. U. yari umwe mu bantu bafatwaga nâumutoza Sir Alex Ferguson […]
Yvonne Idamange arrĂȘtĂ©e, accusĂ©e d’incitation au dĂ©sordre public et agression
La Police nationale rwandaise (RNP) en collaboration avec le Bureau d’enquĂȘte du rwanda (RIB) a arrĂȘtĂ© lundi 15 fĂ©vrier Yvonne Idamange Iryamugwiza accusĂ©e d’incitation au dĂ©sordre public, de rĂ©sistance Ă une arrestation lĂ©gale et de voies de fait graves contre un agent des forces de l’ordre. «Le suspect a utilisĂ© une bouteille pour blesser la […]
Abayobozi bica abatavuga rumwe nabo ni ibigwari â Perezida Museveni

Perezida Yoweri Museveni wa Uganda yatangaje ko abayobozi bica abatavuga rumwe nabo ari ibigwari,ndetse ari abasazi, akomoza ku kuntu Idi Amin Dada yategetse iyicwa rya Musenyeri mukuru wa Uganda, Janani Luwum,mu 1977, nyuma yo kunenga akarengane yakoreraga abaturage ba Uganda. Ubwo hizihizwaga Umunsi witiriwe uyu wihaye inama mu ngoro ye kuri uyu wa Kabiri, Museveni […]
Gasabo: Minisitiri Shyaka yasubije abaturage isoko ryari ritangiye gusenywa nâUmurenge
Minisitiri wâubutegetsi bwâigihugu, Prof. Shyaka Anastase, yasubije abahoze ari abazunguzayi uburenganzira bwo gucururiza mu isoko bari bambuwe ndetse ryatangiye gusenywa nâubuyobozi bwâUmurenge wa Bumbogo mu Karere ka Gasabo riherereye mu Kagali ka Ngara. Ni isoko bari bahawe nâumugiraneza mbere yâuko Umurenge wa Bumbogo uribambura ukabategeka ko bishakira ahandi bakorera. Umwe muri aba bacuruzi ubwo birukanwagamo […]
Umunsi Perezida Putin akanga Sarkozy akarwara ihungabana bamwe bakagirango yasinze
Icyo gihe hari muri Kamena mu 2007, ubwo nyuma yo kugirana ikiganiro na Vladimir Putin, uwari Perezida wâu Bufaransa Nicolas Sarkozy, yagaragaye imbere yâitangazamakuru yahungabanye bamwe bagakeka ko yaba yanyweye inzoga nyamara ari amagambo ateye ubwoba yari amaze kubwirwa nyuma yo kwiha kwigisha Putin. Nicolas Sarkozy wari umaze igihe gito atorewe kuyobora u Bufaransa mu […]
Arabia Saoudite: Urukiko rwakatiye umugore wishe umukozi wo mu rugo ukomoka muri Bangladesh
Urukiko rwo muri Arabia Saoudite rwakatiye igihano cyâurupfu umugore wo muri iki gihugu nyuma yo guhamwa nâicyaha cyo kwica umukozi we wo mu rugo ukomoka muri Bangladesh, umwanzuro abaharanira uburenganzira bwa muntu bavuga ko ari imbonekarimwe ku bakoresha bo muri iki gihugu bakunze guhohotera abakozi bâabimukira baba bagiye gushaka akazi mu Burasirazuba bwo Hagati. Uyu […]
Icukumbura: Indi sura yâumuvugabutumwa, EV. Igihozo Josiane ikomeje kujya ahagaragara
Uko iminsi igenda ishira kuva Ev. Igihozo Josiane yashyirwa mu majwi na madamu Mukandahiro Violette amushinja kuba yaramutwariye umugabo witwa Uwizeye Ernest akamutana abana icyenda, kuri ubu bakaba babayeho ubuzima bushaririye, amakuru akomeje kugenda atohozwa na Bwiza akomeje kugaragaza indi sura yâuyu muvugabutumwa benshi bashobora kuba batazi bitewe nâibyo abamuzi baturanye nâiyi miryango yombi bagenda […]
RDC: Abantu 16 nibo baguye mu bitero ku bigo 2 bya gisirikare muri Lubumbashi
Igisirikare cya Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo cyatangaje ko abantu 16 barimo inyeshyamba 12 za Bakata-Katanga, abasirikare batatu, nâumwana nyuma yâaho izi nyeshyamba zicengeye kuri iki Cyumweru gishize muri Lubumbashi. Nkâuko itangazo ryashyizweho umukono mu ijoro ryo ku Cyumweru gishize nâUmuvugizi wa FARDC, Maj. Gen. LĂ©on Richard Kasonga, urubuga 7SUR7.CD rwabashije kubona kopi yarwo kuri […]
Lubumbashi: Abasirikare 4 ba FARDC biciwe mu gitero ku kigo cya gisirikare cya Kimbembe
Abantu 11 barimo abasirikare bane ba FARDC kuri iki Cyumweru, itariki 14 Gashyantare biciwe mu gitero cyâinyeshyamba za Mai-Mai ku Kigo cya Gisirikare cya Kimbembe giherereye muri Lubumbashi. Umuyobozi wâUmujyi wa Lubumbashi watanze aya makuru, yavuze ko umusivili nawe yishwe nâisasu ryayobye. Ku ruhande rwâinyeshyamba ho hapfuye izigera kuri esheshatu. Usibye abaguye muri iyi mirwano […]
Abarengera abaguzi ntibumva ukuntu ibiciro bizamuka hari ibicuruzwa byabuze isoko
Umuryango urengera uburenganzira bw’abaguzi (ADECOR) ntiwumva ukuntu ibiciro byazamutse ku isoko kandi hari aho ibicuruzwa byabuze isoko. Ibi biravugwa mu gihe Raporo yâIkigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NSIR) igaragaza ko ibiciro byâibiribwa, ibicanwa nâibinyobwa bidasembuye byiyongereyeho 3.5% muri Mutarama 2021. Mu mijyi no mu byaro, abaturage bavuga ko byemezwa n’igipimo cy’ihindagurika ry’ibiciro cyakozwe n’ikigo cy’igihugu cy’ibarurishamibare cyasohowe […]
Abagore 10 ba mbere bâabaherwe muri Afurika

Kuva muri Nigeria, Afurika yâEpfo kugera muri Angola, abagore bâAbanyafurika bakomeje kugenda bazamuka mu rwego rwa business, aho nabo bagenda bagira ubushobozi bwo kuba bahangana nâabandi, abagabo nâabagore bo mu bihugu byateye imbere nkâuko urutonde tugiye kubagezaho dukesha answersafrica.com rubigaragaza. 1. Isabel Dos Santos (Miliyari 2,2$) Isabel Dos Santos, umukobwa wâuwahoze ari Perezida wa Angola, […]
Burundi: Imbonerakure yambuye umuturage mbere yo kumuroha mu ruzi rwa Rusizi
Inzego zâumutekano mu Burundi zirimo guhiga umusore wâImbonerakure (urubyiruko rwâishyaka CNDD-FDD) ushinjwa kwambura umwe mu Barundi batatu bari bagiye kujya muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo yarangiza akamuroha mu ruzi rwa Rusizi. Abo Barundi batatu bashakaga kujya muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo banyuze ku ruzi rwa Rusizi, batewe nâumwe mu bagize ishyaka riri ku […]
Yatawe muri yombi agerageza kugurisha umwana we kuri facebook
Umugabo wo mu gihugu cya Misiri wagerageje kugurisha umuhungu we abinyujije kuri facebook yatawe muri yombi nâubuyobozi nkâuko byatangajwe nâibinyamakuru byo muri iki gihugu kuri uyu wa Gatandatu. Uyu mugabo ucuruza imbaho ahitwa Giza mu Misiri, yafashwe nyuma yâigikorwa cyâinzego zâumutekano zakurikiranye ibyo akorera kuri internet nkâuko byatangajwe na Al Youm Al Sabea. Uyu yanishyuye […]
Uganda: Museveni yemeye ko abantu batawe muri yombi ariko nta waburiwe irengero
Perezida Yoweri Museveni wa Uganda, akaba nâUmugaba wâikirenga wâingabo zâigihugu, yiyemereye ko inzego zâumutekano zagiye zita muri yombi abantu hirya no hino mu gihugu mbere gato na nyuma yâamatora, ariko ahakana ko hari abantu baburiwe irengero. Ibura ryâabantu byâumwihariko abashyigikiye abatavuga rumwe nâubutegetsi mu minsi yegerezaga amatora yo muri Mutarama 2021 cyangwa nyuma yaho, rikaba […]
Njyewe nafatiwe mu nzira ntaha, ntawamfashe ndi kunywa inzoga â Miss Viviane
Uwizeye Vivine uzwi nka Miss Viviane aranyomoza amakuru yavugaga ko mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatanu yatawe muri yombi asanzwe mu Murenge wa Jali, ari kumwe nâabandi bantu mu rugo barugize akabari. Ku murongo wa telephone avugana na Bwiza.com, Miss Vivine yavuze ko atigeze afatwa arimo kunywa inzoga ahubwo yafatiwe mu nzira ataha. Ati: […]
Abakuru bâinzego zâumutekano mu Rwanda na RDC bateraniye i Kigali mu biganiro

Abayobozi b’inzego z’umutekano mu Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bagiranye ibiganiro bigamije gushimangira ubufatanye hagati y’impande zombi mu nama yateraniye i Kigali kuri uyu wa Gatandatu. Nta byinshi biratangazwa byaganiriwe muri iyi nama, gusa kuva ari ibiganiro hagati yâabakuru bâinzego zâumutekano bishobora kuba bifitanye isano nâibibazo byâumutekano bikunze mu burasirazuba bwa Congo, biterwa […]
Umusaza wâimyaka isaga 60 arashinjwa gufata ku ngufu umwana wâimyaka ine
Umusaza wâimyaka isaga 60 yafashe ku ngufu agakobwa kâimyaka ine yâamavuko mu gace ka Kamako, mu birometero 150 ugana mu majyepfo ya Tshipaka, umurwa mukuru wâIntara ya Kasai, ho muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo. Uyu musaza ushinjwa gufata ku ngufu yabikoze mu ijoro ryo kuwa kane, itariki 11 Gashyantare 2021 nkâuko byatangajwe na Padiri […]
Umwongereza Karim Khan wakoze muri TPIR yagizwe Umushinjacyaha mushya wa ICC
Umwongereza Karim Khan kuri uyu wa Gatanu, itariki 12 Gashyantare 2021, yatorewe kuba umushinjacyaha wâurukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha (ICC)muri manda yâimyaka 9 asimbuye Umunyagambiyakazi, Fatou Bensouda. Ibihugu 123 byâibinyamuryango bya ICC byamutoye kuri uyu wa Gatanu mu nama yabyo ngarukamwaka yateraniye I New York muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Uyu mushinjacyaha wa gatatu wâuru rukiko […]
Icukumbura: Ibimenyetso bikomeje kugaragaza uko Ev. Igihozo Josiane yatwaye umugabo wâabandi – Video
Nyuma yâinkuru zimaze iminsi zivugwa hirya no hino ku mbuga nkoranyambaga, aho umugore witwa Mukandahiro Violette, ashinja umugore mugenzi we wâumuvugabutumwa uzwi witwa Ev. Igihozo Josianne, kuba amaze imyaka ibiri nâigice yaramutwariye umugabo witwa Uwizeye Ernest, ibintu uvugwa atemera, Bwiza Tv yabaviriye imuzi nâimuzingo uko iki kibazo giteye mu kiganiro kirambuye yagiranye nâimpande zombi ndetse […]
Uganda: Umusore wâumunyamakuru wakoreraga Hunter Radio yishwe nâumukunzi we

Umusore wâumunyamakuru witwa Allan Mandela, uzwi cyane mu Karere ka Bushenyi, mu burengerazuba bwa Uganda, kuri uyu wa Gatanu yishwe nâumukobwa wâumukunzi we amutemaguye. Uyu musore wâimyaka 26 wakoraga inkuru zâimikino bakundaga guhimba Sports King Mateeka, yakoreraga Hunter Radio ikorera mu mujyi wa Rwentuha, muri Igara yâIburasirazuba, mu Karere ka Bushenyi. Iyi nkuru dukesha Chimpreports […]
Kaminuza 10 za mbere muri Afurika ziri ku rwego mpuzamahanga muri 2021

Izi kaminuza zashyizwe ku rutonde hashingiwe ku myanya yazo ku rutonde rusange rwa kaminuza nziza ku Isi. Buri kigo cyasuzumwe hashingiwe ku mikorere yâubushakashatsi nâibipimo byakozwe nâabashinzwe amasomo hirya no hino ku Isi ndetse no mu karere. Izi nizo kaminuza za mbere muri Afurika ku rwego rwâIsi nk’uko tubikesha Usanews.com 1. Kaminuza ya Cape Town […]
Le lieutenant-général Jacques Musemakweli décÚde à 59 ans
L’inspecteur gĂ©nĂ©ral des Forces de dĂ©fense du Rwanda (RDF), le lieutenant-gĂ©nĂ©ral Jacques Musemakweli est dĂ©cĂ©dĂ©. Il avait 59 ans. Selon le porte-parole des RDF, le lieutenant-colonel Ronald Rwivanga, feu Musemakweli est dĂ©cĂ©dĂ© aux heures tardives du jeudi 11 fĂ©vrier 2020. “Il est vrai qu’il est dĂ©cĂ©dĂ© hier soir”, a dĂ©clarĂ© Rwivanga, ajoutant: “De plus amples […]
Uganda: Abapolisi babiri n’abaturage babiri biciwe mu guhangana hagati yabo
Abapolisi babiri ba Uganda babarizwa ku cyicaro gikuru cya polisi muri Bukwo, mu burasirazuba bwâiki gihugu, kuri uyu wa Kane batemaguwe nâabaturage bariye karungu barabica mbere yâuko polisi yihorera nayo ikica abaturage babiri. Ibi byabaye ubwo itsinda ryâabapolisi ryari rigiye guta muri yombi umuntu ushinjwa gufata ku ngufu umwana, abaturage bagatangira kubarwanya bakihagera. Mu kubarwanya […]
Guverinoma yâu Burundi ntizemera kugira abaturage bayo imbeba zo muri laboratwari â Minisitiri
Guverinoma yâu Burundi yatangaje ko nta na rimwe izemera kugira abaturage bayo imbeba zo muri laboratwari nkâuko byemejwe na minisitiri wâubuzima kuri uyu wa Gatatu ushize ubwo yagezaga ku bagize inteko ishinga amategeko impamvu igihugu kitigeze gitumiza inkingo za Covid-19. Minisitiri ThaddĂ©e Ndikumana, avuga ko guverinoma itegereje urukingo ruzemezwa na OMS. Minisitiri wâubuzima wâu Burundi […]
Centrafrica: Igisirikare gifashijwe nâAbanyarwanda nâAbarusiya kigaruriye undi mujyi wâingenzi

Igisirikare cya Centrafrica (FACA) nkâuko bisanzwe gifashijwe nâingabo zâu Rwanda nâAbarusiya bari muri iki gihugu, kuri uyu wa Kane zisubije umujyi wâingenzi uherereye ku mupaka wâuburengerazuba bwâigihugu witwa Beloko, nyuma yâiminsi mike zigaruriye Umujyi wa Bouar. Kongera kwigarurira Umujyi wa Beloko, uherereye ku mupaka na Cameroun birafungura umuhanda wari warafunzwe nâinyeshyamba kuva mu Ukuboza wagaburiraga […]
Gatsibo: Une ecole temporairement fermĂ©e Ă la suite de la grĂšve des Ă©tudiants, 16 arrĂȘtĂ©s
Selon la lettre, 16 Ă©tudiants qui ont incitĂ© Ă la grĂšve et qui ont Ă©galement combattu la police qui est intervenue pour rĂ©tablir l’ordre Ă l’Ă©cole sont en garde Ă vue, tandis que les autres Ă©tudiants ont Ă©tĂ© invitĂ©s Ă rentrer chez eux. «Le ministĂšre de l’Ăducation et les autoritĂ©s concernĂ©es enquĂȘtent sur les troubles», […]
Umunyamakuru wa CNN wagereranyije imyigaragambyo yo kuri Capitol na Jenoside yakorewe Abatutsi yamaganwe
Umunyamakuru wa CNN, Anderson Cooper, yagereranije imyigaragambyo y’abashyigikiye Trump mu kwezi gushize ku nyubako ikoreramo inteko ishinga amategeko ya Amerika, Capitol, na jenoside yabaye ku Isi mu bihugu nka Bosnia nâu Rwanda, ibintu bamwe babona bisa nko kugereranya ibidahuye hakurikijwe uko yakozwe nâumubare wâabantu bayiguyemo. Muri iki gitero cyâabashyigikiye Trump, abantu batanu, umupolisi nâabasivili bane […]
RDC: Inyeshyamba ya ADF yishwe izindi 2 zirafatwa mu mirwano yazihuje na FARDC
Mu ijoro ryo kuwa Gatatu rishyira kuri uyu wa Kane, itariki 11 Gashyantare, Igisirikare cya Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo cyakomye mu nkokora igitero cyâinyeshyamba za ADF ahitwa Mutwanga, mu Murenge wa Ruwenzori ndetse kibasha kwica inyeshyamba imwe gifata nâizindi ebyiri. Umuvugizi wâibikorwa bya gisirikare bya Sokola 1, Lt Antony Mwalushayi, yavuze ko izi nyeshyamba […]
Abaperezida 5 bo muri Afurika bamaze igihe gito gishoboka ku butegetsi

Abayobozi b’Abanyafurika basa nkaho bafitanye isano idasanzwe nâimbaraga, ntibajya bashaka kuva ku ntebe zabo. Ibihugu byinshi bya Afurika biyobowe nâabayobozi bamaze imyaka mirongo ku butegetsi, ariko kuri iyi nshuro turabagezaho urutonde rwâabayobozi batanu muri Afurika bamaze igihe gito gishoboka ku butegetsi. Christopher Elnathan Okoro Cole Benshi bakeka ko Siaka Stevens yari perezida wa mbere wa […]
Dr. Christopher Kayumba yandikiye ibaruwa ifunguye perezida Paul Kagame

âNyakubahwa Perezida, mbandikiye ku bya COVID-19 n’ingaruka zayo ku buzima bw’abaturage basanzwe, imibereho y’abaturage bacu ndetse n’ubukungu. Ikigamijwe ni ugusangira ibyo nize ku ngaruka zitigeze zibaho mu mibereho, ubukungu na politiki zâiki cyorezo ku gihugu cyacu, hagamijwe gutanga igitekerezo cyo gutekereza ku ngamba zâiterambere za guverinoma ubu zangijwe na virusi,â ibi ni umutwe wâibaruwa ifunguye […]
Bwa mbere, Perezida Biden na mugenzi we wâu Bushinwa, bagiranye ikiganiro
Ku nshuro ya mbere kuva yatangira imirimo ye nka Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Joe Biden yaganiriye na mugenzi we wâu Bushinwa, Xi Jinping, kuri telephone baganira ku ngingo zitandukanye, zirimo ubucuruzi, nâikibazo cyâuburenganzira bwa muntu. Nkâuko byatangajwe nâibiro bya perezida Biden, abakuru bâibihugu byombi banagarutse ku bushyamirane hagati yâu Bushinwa na Taiwan […]
Le Rwanda a reçu des robots désinfectants pour aider à limiter la propagation du COVID-19
Le Rwanda a reçu mardi trois robots dĂ©sinfectants pour aider au nettoyage et Ă la dĂ©sinfection de zones telles que les centres de traitement et les hĂŽpitaux afin de limiter la propagation du COVID-19. Les robots, dont chacun peut dĂ©sinfecter jusqu’Ă 15 chambres en 8 heures de travail, amĂ©lioreront les processus de contrĂŽle de la […]
RDC: FARDC irahakana amakuru y’abasirikare 400 baba baratorotse mu kigo cya Kamina?
Ubuyobozi bwâigisirikare cya repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, FARDC, buranyomoza amakuru yavugaga ko mu Kigo cya Gisirikare cya Kamina haba hari abasirikare bigumuye bagatoroka igisirikare. Aya makuru yanemejwe kuri uyu wa Kabiri na minisitiri wâumutekano mu Ntara, Kis Kisala, avugana na Radio Okapi dukesha iyi nkuru. Uyu aravuga ko amakuru yakwirakwijwe ku mbuga nkorambaga yâuko […]
Abarimu basaga 4000 bari mu kazi nta mabaruwa akabashyiramo bafite
Abarimu 1,566 mu mashuri abanza nâayisumbuye hirya no hino mu gihugu ntibafite dosiye zuzuye, mu gihe abagera ku 4,087 mu barimu 23,617 bari mu myanya badafite amaburuwa abashyira mu kazi. Ibi byagarutsweho kuri uyu wa Kabiri, ubwo Komisiyo y’Imibereho y’Abaturage mu Nteko Ishinga Amategeko yumvaga ibisobanuro bya Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu n’ibya Minisitiri w’Uburezi ku bibazo […]
Kenya: Umugabo yarashe umwambi umugore we aramwica bapfuye ibigori
Umugabo wo mu Mudugudu wa Kaptimom, mu Mujyi wa Elburgon, wo mu Ntara ya Nakuru mu gihugu cya Kenya, kuri uyu wa Kabiri, itariki 09 Gashyantare, yarashe umwambi umugore we aramwica bapfuye imifuka yâibigori. Nkâuko byatangajwe nâUrwego rushinzwe ubugenzacyaha, DCI, uyu mugabo witwa Wilson Koech, yashakaga kugurisha ibi bigori ariko umugore we nâumuhungu we batabishaka. […]
Sudani: Imyigaragambyo yamagana izamuka rikabije ryâibiciro iragenda ifata intera
Kuri uyu wa Kabiri, imyigaragambyo yakajije umurego mu bice byinshi bya Sudani kubera ubuzima buhenze mu gihe Leta Zunze Ubumwe za Amerika zavugaga ko zishyigikiye ingufu za guverinoma nshya mu kuzamura ubukungu. Guverinoma nshya yâiki gihugu, irimo nâabahoze ari abayobozi bâinyeshyamba, yashinzwe gukemura ikibazo cyâubukungu cyatewe nâibihano Leta Zunze Ubumwe za Amerika zafatiye iki gihugu […]
Centrafrica: Ingabo za leta zifashijwe nâizâu Rwanda zigaruriye Umujyi wa Bouar
Kuri uyu wa kabiri, itariki 09 Gashyantare, igisirikare cya Centrafrica gifashijwe nâingabo zâu Rwanda nâAbarusiya, cyigaruriye Umujyi wa Bouar, aho nyuma yo kuwigarurira amafoto agaragaza ingabo muri mu gace ka PK 0 muri uyu mujyi yahise atangira gukwirakwizwa. Imirwano ikomeye yabaye ku matariki 9 na 17 Mutarama yari yatumye ibihumbi byâabaturage bahunga ingo zabo, ndetse […]
Uvira: Ofisiye muto wa FARDC yirashe mu mutwe kubera umugore we
Umusirikare wo ku rwego rwa ofisiye mu Gisirikare cya Congo, FARDC, kuri uyu wa Mbere yiyahuye yirasa mu mutwe ku muhanda wa Kalimabenge, mu Mujyi wa Uvira, ho muri Kivu yâAmajyepfo. Nkâuko byatangajwe nâumuvugizi wâingabo muri Kivu yâAmajyepfo, Capt. Dieudonne Kasereka, uyu musirikare ngo yirashe nyuma yo kugirana ubwumvikane bucye nâumugore we. Yagize ati âUyu […]
Le confinement de Kigali a rĂ©duit de 72% les cas de Covid-19 – RBC
Le confinement de 21 jours qui a Ă©tĂ© rĂ©cemment imposĂ© Ă Kigali a eu un impact Ă©norme, rĂ©duisant de 72% les nouveaux cas de Covid-19 dans la ville, selon le directeur gĂ©nĂ©ral du Centre biomĂ©dical du Rwanda (RBC). AnnoncĂ©es le 18 janvier, les mesures de confinement visaient Ă freiner le nombre Ă©levĂ© de nouvelles infections […]
U Rwanda rwabonye robots nshya zizifashishwa mu gukumira ikwirakwizwa rya Covid-19

Kuri uyu wa Kabiri, Guverinoma y’u Rwanda ku bufatanye nâIshami ryâUmuryango wâAbibumbye ryita ku Iterambere (UNDP) yakiriye izindi robot mu rwego rwo gushimangira urugamba rwo kurwanya icyorezo cya Covid-19 nkâuko byatangajwe nâabayobozi. Muri ubu bufatanye, u Rwanda rwakiriye robot eshatu zo mu bwoko bwa THOR UVC biteganyijwe ko zizagira uruhare rukomeye mu gucungana no gukumira […]
Ibihugu 10 bya mbere ku Isi bitari byiza ku bagore nâabakobwa
Ishusho yâumugore wo mu kinyejana cya 21 igaragaza ko yifitiye icyizere, atera imbere, afite ubuzima bwiza nâubwiza. Ariko benshi muri miliyari 3.3 z’abagore batuye kuri iyi Isi yacu, buri mwaka, bakomeje guhura nâihohoterwa, gukandamizwa, kwigunga, ubujiji no kuvangurwa. Ibihugu byinshi, hano ku isi byibasiwe nâihohoterwa rikorerwa abagore. U Buhinde buza ku isonga mu bihugu bibi […]
Gatsibo: Abanyeshuri 16 bafunzwe bazira imyigaragambyo, ishuri rirafungwa
Guhera ku Cyumweru tariki ya 07 Gashyantare 2021, abanyeshuri 16 bâishuri Gakoni Adventist College ryo mu Karere ka Gatsibo, bari mu maboko ya Polisi sitasiyo ya Kiramuruzi bazira guteza imyigaragambyo. Abanyeshuri bagera kuri 16 biga mu ishuri ryisumbuye rya Gakoni Adventist College,mu Karere ka Gatsibo, bari mu maboko yâinzego zâumutekano kuva ku Cyumweru bazira guteza […]
U Budage, Pologne na Sweden nabyo byihimuye ku Burusiya
Ibihugu byâu Budage, Pologne na Sweden nabyo byirukanye umudipolomate wâUmurusiya muri buri ambasade yâiki gihugu muri ibyo bihugu, mu rwego rwo gusubiza iyukanwa ryâabadipolomate babyo u Burusiya bwirukanye mu cyumweru gishize. Minisiteri yâububanyi nâamahanga yâu Budage, mu itangazo ryo kuri uyu wa Mbere, yavuze ko icyemezo cyâu Burusiya cyo kwirukana abadipolomate bo mu bihugu bigize […]
Uganda: Bobi Wine yahaye urukiko ibigaragaza uko Museveni yabashije kumutsinda
Robert Kyagulanyi, uzwi nka Bobi Wine, yatanze ibindi bimenyetso bishya mu Rukiko rwâIkirenga birushaho gushyigikira ubusabe bwe bwo kuvuguruza intsinzi ya Perezida Yoweri Museveni mu matora aheruka. Mu bimenyetso bishya yatanze muri weekend ishize, Bobi Wine wari umukandida wâishyaka, National Unity Platform (NUP) agaragaza inshuro nyinshi Museveni yagiye mu buryo buziguye cyangwa butaziguye aha ruswa […]
Tchad: Hadutse imyigaragambyo yamagana manda ya 6 ya Perezida Idriss Deby
Nyuma yo gutangaza Perezida Idriss Deby wa Tchad nkâumukandida wâishyaka rye mu matora yâumukuru wâigihugu, muri iki gihugu hahise haduka imyigaragambyo kuri uyu wa Gatandatu yâabatavuga rumwe nâubutegetsi bamagana iyi manda ya gatandatu agiye guhatanira. Mu masaha ya mu gitondo ubwo Perezida Deby yari amaze gutangazwa nkâumukandida wâishyaka rye, hirya no hino mu murwa mukuru, […]
Nyamata: Abasaga 100 bafatiwe mu tubari barenze ku mabwiriza yo kwirinda Covid-19
Abantu basaga 100 kuri uyu wa Gatandatu bafatiwe mu tubari dutandukanye mu Murenge wa Nyamata, mu Karere ka Bugesera, barimo kunywa inzoga birengagije amabwiriza yo gukumira Covid-19. Aba bantu uko ari 113 bafatiwe ahantu hatandukanye hakira abantu benshi nko mu tubari no muri za motel. Mu batawe muri yombi, harimo icyenda baturutse mu Mujyi wa […]
Padiri Innocent Rukamba wa Diyosezi ya Kibungo yitabye Imana
Padiri Innocent Rukamba wari umupadiri wa Diyosezi ya Kibungo yitabye Imana kuri iki Cyumweru, itariki 07 Gashyantare 2021 azize uburwayi. Mu itangazo rya Diyosezi ya Kibungo, ryashyizweho umukono na Arkiyepiskopi wa Kigali akaba nâUmuyobozi wa Diyosezi ya Kibungo, Cardinal Antoine Kambanda, yifatanyije nâumuryango nâinshuti za nyakwigendera. Ibi bikaba byamenyeshejwe Abepisikopi, Abapadiri, Abihayimana, Abakirisitu nâabandi bose […]
Abifuza kwinjira mu Gisirikare cyâu Rwanda, RDF, baratangira kwiyandikisha

Igisirikare cyâu Rwanda, RDF, kirahamagarira abifuza kujya mu gisirikare ku rwego rwâabasirikare bato bujuje ibisabwa gutangira kwiyandikisha mu biro byâumurenge babarurirwamo guhera kuri uyu wa Mbere, itariki 08 kugeza ku itariki 12 Gashyantare. Abemerewe kwiyandikisha ni abasore nâinkumi bujuje ibisabwa birimo kuba ari Umunyarwanda, kuba afite imyaka 18 kandi atarengeje 23, kuba afite ubuzima buzira […]
Umupolisi yarashe umugore we nâumugabo yashinjaga kumuca inyuma
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu ushize, umupolisi wo muri Uganda yarashe umuturanyi we wâumusivili aramwica nyuma yo kumenya ko yamucaga inyuma agasambana nâumugore we nawe yarashe. Uyu mupolisi ufite ipeti rya constable witwa George Omara ukorera kuri Station Nkuru ya Polisi muri Lira avugwaho kurasa mu mutwe Muhammad Hassan Ogwal, wâimyaka 38, amusanze […]
Icyogajuru cyâu Bushinwa cyafashe ku nshuro ya mbere amafoto yâumubumbe wa Mars

Icyogajuru cyâu Bushinwa ku nshuro ya mbere cyafashe amafoto yâumubumbe wa Mars, mu gihe bukataje mu bushakashatsi mwâisanzure. Icyogajuru kiswe Tianwen-1, kiri kwerekeza kuri Mars, kuri uyu ewa gatanu ushize nibwo cyohereje ifoto ya mbere yâuyu mubumbe utukura nkâuko byatangajwe nâIkigo cyâigihugu gishinzwe ubumenyi bwâikirere (CNSA). Nkâuko iyi nkuru dukesha LâExpress ivuga, iki cyogajuru cyoherejwe […]
Uganda: Hafashwe abakwirakwizaga inyandiko zisebya Perezida Museveni
Igipolisi cya Uganda muri Masaka cyataye muri yombi abantu babiri bashinjwa gukwirakwiza inyandiko ziriho ubutumwa busebya ubutegetsi bwa Perezida Yoweri Museveni bumaze imyaka 35. Izi nyandiko zâiroza ziriho ifoto ya Museveni iciyemo umusaraba zatangiye gukwirakwizwa mu cyumweru gishize mu Mujyi wa Masaka. Izi nyandiko kandi ziriho ubutumwa bwita Perezida Museveni umunyagitugu ndetse bushinja ubutegetsi bwe […]
RDC: Abantu bitwaje intwaro batwitse station ya polisi
Inyeshyamba bikekwa ko ari iza Mai-Mai mu ijoro ryo kuwa Gatanu rishyira kuri uyu wa Gatandatu, itariki 06 Gashyantare zateye station ya polisi iherereye ahitwa Vusamba, mu Mujyi wa Butembo, muri Teritwari ya Lubero, zisiga ziyitwitse. Nkâuko byatangajwe na Sosiyete Sivile ya Lubero yatangarije aya makuru 7SUR7.CD, abo bantu bitwaje intwaro batwitse station ya polisi […]
Yasanzwe mu kigega cyâamazi yarapfutswe umunwa aziritse amaguru nâamaboko
Mu gace ka Kasenga, ahacumbikiwe abantu bavanywe mu byabo nâimyuzure muri Mata, mu mujyi wa Uvira, ho mu Ntara ya Kivu yâAmajyepfo, yasanzwe mu kigega cyâamazi yapfutswe umunwa yanaziritswe amaboko yenda gupfa. Uyu muntu uri mu kigero cyâimyaka 20 wari mu myaka 20 ndetse afite abana babiri, yari yashimuswe ku itariki 02 Gashyantare 2021 nâabantu […]
Papa Fransisiko yagize Padiri Eduard Sinayobye Umwepisikopi wa Diyosezi ya Cyangugu
Padiri Edouard Sinayobye wari Umuyobozi wa Seminari Nkuru ya Nyumba, yagizwe na Papa Fransisiko Umushumba wa Diyosezi ya Cyangugu yari imaze imyaka ibiri iyoborwa byâagateganyo na Musenyeri Hakizimana Celestin. Kuri uyu wa Gatandatu nyuma ya saa sita nibwo aya makuru yatangajwe na Radio Vatican ivuga ko Musenyeri Sinayobye yatoranyijwe nâUmushumba wa Kiliziya Gaturika, Papa Fransisiko. […]
Abanyeshuri 60% muri Uganda banywa inzoga, abasaga 30% banywa ibiyobyabwenge
Abanyeshuri bagera kuri 60% biga mu mashuri abanza nâayisumbuye muri Uganda banywa inzoga mu gihe abasaga 30% banyweye urumogi, cocaine nâibindi biyobyabwenge bibujijwe nkâuko raporo shya yashyizwe ahagaragara ibivuga. Urumogi, cocaine, chicha, mugo, amatabi nâinzoga ni bimwe mu biyobyabwenge nâibyo kunywa bibujijwe binywebwa cyane nâabana bâabanyeshuri nkâuko iyi raporo yâIshuri rya psychology rya Kaminuza ya […]
Burundi: Ababyeyi batanze uburenganzira bwo guhana umwana wabo birangira yishwe
Umwana wâumuhungu wâimyaka 15 aherutse kwicishwa inkoni ku itariki 02 Gashyantare ahitwa Mugaruro, muri Zone ya Musenyi, ho muri Komini Mpanda, mu Ntara ya Bubanza. Uyu mwana yishwe nâinkoni yakubiswe nâuwitwa Thomas Ndereyimana, bivugwa ko akuriye Imbonerakure muri iyi komini, wari wahawe uburenganzira nâababyeyi bâuyu mwana ngo amuhane kuko yari yafashe ku ngufu mwishywa we […]
Gitega: Umwana wâimyaka 16 yishe mugenzi we wâimyaka 13 amuteye icyuma
Ku mugoroba wo ku wa Kane, itariki 4 Gashyantare 2021, umwana wâumuhungu wâimyaka 16 wo mu Murenge wa Gitega, mu Karere ka Nyarugenge, yishe undi mwana wâimyaka 13 amuteye icyuma bapfuye amafaranga 500. Ababonye uko byagenze, bavuga ko umugiraneza yahaye aba bana amafaranga 500 ngo bayagabane ariko kumvikana birabananira bivamo imirwano yarangiye umwe ateye undi […]
Abashoferi nâabamotari batangiye gupimwa Covid-19 mbere yo kuvanwa mu rugo
Abantu bakora mu rwego rwo gutwara abantu nâibintu mu buryo bwa rusange, abamotari nâabashoferi, batangiye gupimwa Covid-19 mbere yâuko Guma mu Rugo irangira, aho ikigo cyâigihugu gishinzwe ubuzima, RBC, giteganya gupima byibuze mu minsi ibiri abantu 800. Ni gikorwa cyatangiye kuri uyu wa 05 kigasozwa kuri uyu wa 06 Gashyantare, kigamije kureba uko ubwandu buhagaze […]
Juba: Abanyapolitiki bagera kuri 300 birukanwe mu mahoteli kubera kutishyura
Abanyapoliti bo muri Sudani yâEpfo babarirwa muri magana basohowe mu mahoteli bari bacumbitsemo mu gihe cyâibiganiro byâamahoro, kubera imyenda bafitiye aya mahoteli ubarirwa muri miliyoni 50 zâAmadolari. Abanyapolitiki bagera kuri 300 baturuka mu mashyaka atandukanye atavuga rumwe nâubutegetsi, ishyaka riri ku butegetsi no mu gisirikare, bari bamaze imyaka myinshi baba mu mahoteli agera kuri 18 […]
U Burusiya bwahambirije abadipolomate bâibihugu 3 byo mu Burayi
U Burusiya bwirukanye abadipolomate batatu bava mu Budage, Sweden na Pologne bashinjwa kugira uruhare mu myigaragambyo yo gushyigikira utavuga rumwe nâubutegetsi , Alexei Navalny, watawe muri yombi mu minsi ishize. Minisiteri yâububanyi nâamahanga yâu Burusiya yavuze ko aba badepolomate bivanze mu myigaragambyo itemewe yabaye ku itariki 23 Mutarama. Ibihugu aba badipolomate baturukamo bamaganye iki cyemezo […]