Perezida Putin yakuyeho uwari ukuriye ingabo z’u Burusiya muri Ukraine nyuma y’amezi 3 ashyizweho

Perezida Vladimir Putin yakuyeho umuyobozi mukuru w’ingabo z’u Burusiya muri Ukraine, nyuma y’amezi atatu gusa ashyizweho . Umuyobozi mukuru w’ingabo, Valery Gerasimov, ubu azayobora icyo Perezida Putin avuga ko ari “igikorwa kidasanzwe cya gisirikare”. Gen Gerasimov asimbuye Serge Surovikin wagenzuraga ibitero simusiga byibasiye ibikorwa remezo by’ingufu bya Ukraine. Iri vugurura rije mu gihe Abarusiya bavuga […]

Ambasaderi Burcu Çevik wari uhagarariye Turkiya i Kigali yasezeye

fmmoabtwqaatdiw.jpg

Kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 11 Mutarama 2023, Ambasaderi Burcu Çevik, wari uhagarariye igihugu cya Turkiya mu Rwanda yasezeye ku Munyamabanga Mukuru muri Minisiteri y’Ububanyi n’amahanga, Prof. Nshuti Manasseh . Ambasaderi Burcu Çevik wavutse mu 1974 yari ahagarariye igihugu cye mu Rwanda kuva ku itariki ya 15 Mutarama 2019. Umwuga we muri Minisiteri y’ububanyi […]

Paris: Umuntu witwaje icyuma yakomerekeje abantu batandatu muri Gare du Nord

Kuri uyu wa Gatatu, abantu batandatu bakomerekejwe umwe muri bo bikomeye, nyuma yo guterwa icyuma muri gare mpuzamahanga ya Paris izwi nka Gare du Nord kuri uyu wa Gatatu . Minisitiri w’umutekano w’imbere mu gihugu, Gerald Darmanin, yatangaje ko uyu mugabo yahagaritswe n’abapolisi babiri bari bavuye ku kazi basubiye mu rugo nk’uko iyi nkuru dukesha […]

Djibuti yasinye amasezerano ya miliyari $ yo kuhubaka ahazajya hohererezwa ibyogajuru

Djibouti yasinyanye amasezerano ya miliyari imwe y’amadorali n’ikigo cy’ikoranabuhanga mu bijyanye n’ubumenyi bw’isanzure cyo muri Hong Kong kizwi nka Hong Kong Aerospace Technology Group, yo gushinga ikigo kizajya cyohererezwamo ibyogajuru muri iki gihugu . Perezida wa Djibouti, Ismail Omar Guelleh, mu itangazo rye kuwa Mbere ushize yagize ati: “Uyu mushinga “urimo kandi kubaka icyambu n’umuhanda […]

Perezida Biden aravuga ko yatunguwe no kumva hari inyandiko z’ibanga zavumbuwe ahahoze ibiro bye

Kuri uyu wa Kabiri, Perezida Joe Biden yavuze ko yatunguwe no kumenyeshwa ko hari inyandiko za leta zabonwe n’abamwunganira mu mategeko aho yahoze akorera i Washington . Yabajijwe kuri iki kibazo nyuma y’uko Umurepubulikani wo ku rego rwo hejuru muri komite ishinzwe iperereza mu nteko ishinga amategeko asabye ko iperereza rya Amerika ryakora “isuzuma ry’ibyangijwe” […]

Igabanywa ry’ubucucike muri gereza ryitezweho kuzigamira leta miliyari hafi 15 buri mwaka – MINIJUST

fmgvxlewiaalm38.jpg

Minisiteri y’Ubutabera iratangaza ko ingufu nshya zigamije guca burundu ubucucike muri gereza zo mu gihugu zitezweho kuzigamira guverinoma hejuru ya miliyari 14,6 z’amafaranga y’u Rwanda buri mwaka . Kugeza ubu, u Rwanda rufite abantu barenga 86.000 mu bigo 13 ngororamuco mu gihugu hose, bikaba bivugwa ko guverinoma ikoresha impuzandengo ya miliyoni 1.4 by’amafaranga y’u Rwanda […]

Ukraine: Wagner iremeza ko abacanshuro bayo bigaruriye Umuyi wa Soledar ukungahaye ku munyu

Umuyobozi w’umutwe w’abacanshuro b’Abarusiya wa Wagner Group yatangaje ko bigaruriye umujyi wa Soledar ucukurwamo umunyu mu burasirazuba bwa Ukraine, ariko hakomeje gushidikanya mu gihe imirwano ikomeje kubera mu mujyi rwagati . Umujyi wa Soledar umaze iminsi ubeamo imirwano ikaze kuko u Burusiya bwawubonyemo urufunguzo rw’urugamba ku mujyi byegeranye wa Bakhmut ndetse n’akarere ka Donbas gaherereye […]

RDC: Abashinwa 3 n’Umunyekongo bakurikiranweho kwica umucuruzi w’Umushinwa

Abashinwa batatu n’Umunyekongo barashinjwa ubwicanyi no kwambura amadorari hafi ibihumbi magana atandatu . Aba bashakishwaga kuva mu mpera z’Ukuboza gushize n’inzego z’umutekano, bafashwe n’inzego z’umutekano bashyikirizwa ubuyobozi kuri uyu wa Kabiri itariki ya 10 Mutarama 2023 muri Kolwezi . Uyu muyoboro uvugwa ko ari mafiya ngo wishe umucuruzi w’Umushinwa ku itariki ya 30 Ukuboza mbere […]

Nyarugenge: Umugabo akurikiranweho kwica mugenzi we amuziza 800 Frw

Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge kuri uyu wa Mbere ushize rwaburanishije ikirego cyihutirwa cy’umugabo ukurikiranweho icyaha cy’ubwicanyi buturutse ku bushake yakoreye mugenzi we amukubise umukoropesho muri nyiramivumbi bikamuviramo urupfu . Ubushinjacyaha Bukuru dukesha iyi nkuru buvug ko uwishwe witwa Ntamakemwa Jean Baptiste yatumye uregwa inkwi zo gucana arazimuzanira amwishyuza amafaranga magana inani y’u Rwanda (800F) ariko […]

Senegal: Hafashwe icyemezo cyo kubuza ingendo za nijoro kuri bisi zitwara abagenzi

Kuri uyu wa Kabiri, Guverinoma ya Senegal yatangaje ingamba nshya zo kurwanya impanuka zo mu muhanda, harimo no kubuza ingendo za bisi za nijoro no gutumiza amapine yakoreshejwe, nyuma y’impanuka yahitanye abantu 39 ku Cyumweru . Minisitiri w’intebe Amadou Bâ yatangaje ko nyuma y’inama ya guverinoma yabereye mu mujyi mushya wa Diamniadio, hafi ya Dakar, […]

Le gouvernement va restreindre les voyages Ă  l’Ă©tranger des fonctionnaires

Le prĂ©sident Paul Kagame a demandĂ© au Premier ministre d’imposer des restrictions aux voyages inutiles Ă  l’Ă©tranger des fonctionnaires, une dĂ©cision qui, selon lui, rĂ©duirait non seulement le gaspillage des fonds publics, mais garantirait Ă©galement que les fonctionnaires accordent plus d’attention aux affaires intĂ©rieures . Kagame a annoncĂ© la directive le lundi 9 janvier alors […]

Somalia: Abarwanyi ba Al Shabaab basaga 60 biciwe mu gikorwa cya gisirikare

Minisiteri y’itangazamakuru yatangaje ko byibuze abaterabwoba 61 ba Al-Shabaab bishwe abandi benshi barakomereka muri Somaliya nyuma y’igikorwa cy’ikigo cy’igihugu gishinzwe iperereza n’umutekano (NISA) . Iki gikorwa cyo kurwanya umutwe w’iterabwoba ufatanya na al-Qaeda cyashyigikiwe n’abafatanyabikorwa mpuzamahanga ba Somaliya mu ntara ya Shabelle yo Hagati. Minisiteri mu itangazo ryayo yavuze ko iki gikorwa cyibasiye imitwe yitwara […]

Ahahoze hari ibiro bya Perezida Biden hasanzwe inyandiko z’ibanga zitavugwaho rumwe

Minisiteri y’ubutabera muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika irimo gusuzuma inyandiko z’ibanga zishobora kuba zarabonetse mu byahoze ari ibiro bya Perezida Joe Biden nk’uko White House ibivuga . Umwunganizi we mu mategeko n’itsinda rishinzwe kumuburanira bavuze ko 10 mu madosiye yavumbuwe mu kabati gafunze mu kigo cya Penn Biden Center i Washington mu Gushyingo n’itsinda […]

Kajugujugu ya FARDC yahanuwe muri Kamena ngo yaba yararashwe na RDF

Kajugujugu ya FARDC yo mu bwoko bwa Mi-24 yarashwe n’inyeshyamba za M23 maze igwa ahitwa Kabindi muri Teritwari ya Rutshuru ku itariki ya 17 Kamena 2022 . Iyi ndege yari yagize uruhare mu gitero cya bombe ku birindiro bya M23 muri Tchengerero, agace kagenzurwaga na M23. Muri iyi kajugujugu hari harimo Umunyekongo n’Abanya-Georgia babiri bahise […]

Perezida Kagame yasabye ko ingendo zo mu mahanga ku bakozi ba leta zagabanuka

Perezida Paul Kagame yasabye Minisitiri w’intebe kugabanya ingendo zo mu mahanga zidakenewe ku bakozi ba Leta, aho avuga ko iki gikorwa kitazagabanya gusa gukoresha nabi umutungo wa Leta ahubwo ko bizanatuma abayobozi bitondera cyane ibibazo byo mu gihugu . Perezida Kagame yasohoye aya mabwiriza kuri uyu wa Mbere, itariki ya 9 Mutarama, ubwo yakiraga indahiro […]

Inyeshyamba za M23 zongeye gukozanyaho n’inyeshyamba za FDLR muri Rutshuru

Umutuzo wagarutse muri Rutshuru-Centre no mu mujyi wa Kiwanja nyuma y’urusaku rw’amasasu y’imbund to n’iziremereye byumvikanye kuri uyu w Mbere, itariki ya 9 Mutarama mu murenge wa Kazaroho ku muhanda w’igihugu numero 2, muri Gurupoma ya Tongo, ho muri Sheferi ya Bwito . Amakuru aturuka muri Rutshuru avuga ko ari imirwano yabaga hagati y’inyeshyamba za […]

Vatican: Haba harimo gucurwa umugambi wo kweguza Papa Fransisiko

Abatsimbaraye ku matwara ya kiliziya bo muri Vatikani biravugwa ko baba barimo gutegura umugambi wo kotsa igitutu Papa Fransisko ku buryo ahatirwa kwegura . Igikorwa cyo kugerageza kwirukana Papa uzwiho kugira ibitekerezo bifunguye w’imyaka 86, ngo cyatangiye mu minsi mike nyuma y’urupfu rw’uwamubanjirije, Papa Emeritus Benedigito wa XVI wapfuye ku ya 31 Ukuboza. Ikinyamakuru The […]

Ubushakashatsi bwagaragaje ko abanyeshuri biga ubuvuzi bataryama bihagije

Ubushakashatsi bushya bwakozwe n’intiti bwerekanye ko abanyeshuri biga iby’ubuvuzi mu Rwanda basinzira amasaha 5.5 nijoro ugereranije, kuko batanga umwanya munini kuri gahunda zabo zo kwiga . Ubushakashatsi bwatangajwe mu cyumweru gishize, bwakozwe n’itsinda rigizwe n’abaganga, abafarumasiye, n’aba psychologue, bagamije gusuzuma ireme ry’ibitotsi mu banyeshuri mu by’ubuvuzi biga muri kaminuza. Hakoreshejwe igikoresho cya psychometric gitanga igipimo […]

Kicukiro: 15 enfants blessés dans un accident de bus scolaire

9644.jpg

Au total, 15 enfants ont Ă©tĂ© blessĂ©s dans un accident de la route impliquant un autobus scolaire le lundi 9 janvier, a indiquĂ© le dĂ©partement de la police routière . Aucun dĂ©cès n’a Ă©tĂ© enregistrĂ©, a dĂ©clarĂ© le porte-parole du SSP RenĂ© Irere Ă  la chaĂ®ne de tĂ©lĂ©vision nationale RBA. Les policiers Ă©taient sur les […]

Perezida Kagame mu bazahabwa ibihembo bya African Heritage Concert and Awards bizatangirwa i Kigali

fkfwv4fwyai_lsg.jpg

Ubu byose byamaze gutegurwa kugirango ku nshuro ya mbere hazabe igitaramo ndangamurage nyafurika kizatangirwamo n’ibihembo bise African Heritage Concert and Awards, kizabera i Kigali, cyateguwe mu rwego rwo guha icyubahiro abantu bakomeye bo muri Afurika . Uwahoze ari Perezida wa Tanzaniya, John Magufuli, Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, uwahoze ari Perezida wa Nigeria, Goodluck Jonathan, […]

RDC: Bakomeje kwemeza ko M23 itigeze iva muri Kibumba

Kuri iki Cyumweru, itariki ya 8 Mutarama, abatangabuhamya bakomeje kwemeza ko M23 itarava muri Kibumba muri Teritwari ya Nyiragongo nubwo hoherejwe ingabo z’umuryango w’ibihugu by’Afurika y’Iburasirazuba (EAC) muri kariya gace ka Kivu y’Amajyaruguru . Izi nyeshyamba zivugwa cyane cyane hafi y’ibitaro bikuru by’icyitegererezo bikorera muri iki gice, cyane cyane ku kigo nderabuzima cya Kingarame, aho […]

Rushimusi ruharwa w’abantu ukomoka muri Mozambike yafatiwe muri Afurika y’Epfo

unnamed-17.jpg

Umugabo wo muri Mozambike uregwa kuba yarateguye ishimutwa ryinshi ry’abantu ashaka ingurane yatawe muri yombi na Interpol muri Afurika y’Epfo . Esmael Malude Ramos Nangy arakekwaho kuba yarateguye ishimutwa ryinjije miliyoni nyinshi z’amadolari y’ingurane mu myaka 20 ishize. Igipolisi cyo muri Afurika y’Epfo cyatangaje ko yatawe muri yombi mu mukwabu wakozwe ku nzu ituwe cyane […]

Igitero ku Nteko Ishinga Amategeko ya Brazil n’isano n’ibyabereye kuri Capitol muri USA

2023-01-08t215749z_840897412_rc2lmy99ipfx_rtrmadp_3_brazil-politics-violence.jpg

Amagana y’abashyigikiye uwahoze ari perezida wa Brazil bateye inyubako z’ubuyobozi zirimo inyubako ikoreramo inteko ishinga amategeko, biba ngombwa ko Perezida Lula ahagurutsa ingabo . Nyuma y’amasaha y’akaduruvayo, abapolisi ba Brazil babashije kongera gufata inyubako ikoreramo inteko ishinga amategeko abashyigikiye Perezida ucyuye igihe Jai Bolsonaro bari bigabije. Ku mugoroba wo kuri iki Cyumweru, Polisi yari ikiri […]

Visite du ministre turc des Affaires étrangères au Rwanda

Le ministre turc des Affaires Ă©trangères, Mevlut Cavusoglu, est attendu au Rwanda le jeudi 12 janvier, dans le cadre d’une tournĂ©e de 5 pays africains qui commence le dimanche 8 janvier . Selon un communiquĂ© du ministère turc des Affaires Ă©trangères, la tournĂ©e de Çavu?o?lu dĂ©butera en Afrique du Sud, avant de se poursuivre au […]

Impanuka idasanzwe ya za bisi yahitanye byibuze abantu 40 abandi 87 barakomereka

Nibura abantu 40 bapfuye abandi 87 barakomereka nyuma y’uko bisi ebyiri zagonganye hafi y’Akarere ka Kaffrine muri Senegal rwagati . Iyi mpanuka idasanzwe kubera abantu bayiguyemo yabereye ku muhanda w’igihugu nimero 1 mu masaha ya saa cyenda na cumi n’itanu z’urukerera (03:15 GMT) kuri iki Cyumweru itariki 8 Mutarama 2023. Perezida Macky Sall yavuze ko […]

Umugabo yashoye akayabo ku kibumbano gisa neza nk’umugore we wapfuye

screenshot-2023-01-02-at-94614-pm_63b304135e8b2.png

Tapas Sandilya, umukozi wa leta uri mu zabukuru w’imyaka 65, yashoye amafaranga akoreshwa mu Buhinde 250.000 (hafi $ 3.000) kugirango akorerwe ikibumbano gisa n’umugore we wapfuye . Umugore wa Sandilya Indrani yapfuye muri Gicurasi 2021 mu gihe mu Buhinde bri muri guma mu rugo ya kabiri kubera icyorezo cya COVID-19. Sandilya yari mu kato igihe […]

Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Turkiya, Mevlut Cavusoglu, ategerejwe mu Rwanda

Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Turkiya, Mevlut Cavusoglu yiteguye gusura u Rwanda ku wa Kane utaha, itariki ya 12 Mutarama, mu rwego rwo kuzenguruka ibihugu 5 bya Afurika mu rugendo rutangira kuri iki Cyumweru, itariki ya 8 Mutarama . Nk’uko byatangajwe na Minisiteri y’ububanyi n’amahanga ya Turkiya, urugendo rwa Çavu?o?lu ruratangirira muri Afurika y’Epfo, mbere y’uko […]

Uganda: Abakada 3 ba NRM bafunzwe bashinjwa kwitwaza Perezida Museveni mu bwambuzi

Urukiko rw’ibanze muri Lira rwohereje abakada batatu ba NRM muri gereza ya leta ya Lira kubera ubujura bunyuranyije n’ingingo ya 254, 261 y’itegeko ryerekeye amategeko ahana, bakoze bitwaje umukuru w’igihugu, Yoweri Museveni . Ku wa Gatanu, Vicky Atim, Basil Odyek, na Nelson Ocen bitabye Jonathan William Wamimbi, umucamanza wo mu cyiciro cya mbere aho bashinjwaga […]

Bwa mbere kuva yashingwa, Al Shabaab yasabye kugirana ibiganiro na Guverinoma ya Somalia

Kuri uyu wa Gatandatu, Guverinoma ya Somalia yavuze ko umutwe w’iterabwoba wa al-Shabaab ukorana bya hafi na al-Qaeda wasabye gufungura ibiganiro na guverinoma ku nshuro ya mbere . Minisitiri w’ingabo wungirije wa Somalia, Abdifatah Qasim, yatangaje ko abaterabwoba ba al-Shabaab badafite amahirwe yo gushyikirana na guverinoma, usibye abenegihugu ba Somalia bagize uyu mutwe w’iterabwoba. Abdifatah […]

UPDF yarunze ingabo hafi ya RDC mu gihe M23 ikomeje gusatira umupaka wa Ishasha

Igisirikare cya Uganda (UPDF) cyohereje ingabo ku mupaka wa Uganda na Congo mu Karere ka Kanungu mu gihe inyeshyamba za M23 zikomeje gusatira umupaka wa Ishasha . Ku wa Kane ushize, Lt Col Robert Nahami, umuyobozi wa Brigade ya 307, nibwo yemeje iyoherezwa ry’izi ngabo, avuga ko rigamije gukingira, Abagande batuye mu bice byegereye uyu […]

USA: Kera kabaye inteko ishinga amategeko yabonye umuyobozi mu cyiciro cya 15 cy’amatora

Umurepubulikani Kevin McCarthy niwe watsindiye kuyobora inteko ishinga amategeko ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika,, umutwe w’Abadepite mu cyiciro cya 15 cy’amatora ku majwi 216 kuri 212 ygizwe n’umuyobozi w’abademokarate mu nteko, Hakeem Jeffries . Urubuga rwa interineti al-Hurra rwo muri Amerika rwavuze ko “intsinzi ya McCarthy, perezida mushya w’umutwe w’abadepite, yaje nyuma y’uko bamwe […]

Perezida wa Mali yababariye abasirikare basaga 40 ba Cote d’Ivoire bari barakatiwe n’ubutabera bw’igihugu

Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatanu, Perezida w’inzibacyuho wa Mali, Colonel Assimi GoĂŻta, yafashe umwanzuro wo kubabarira no gukuraho burundu ibihano byari byahawe abasirikare 49 bo muri Cote d’Ivoire bakatiwe n’urukiko rw’ubujurire rwa Bamako igifungo cy’imyaka 20 ku basirikare 46 ndetse n’igihano cy’urupfu ku bandi basirikare 3 b’abakobwa . Abinyujije mu iteka rya perezida […]

Turakuzi uri umuhungu wa Museveni ariko ntituzatuma udusuzugura – Gen. (Rtd) Otafiire

Minisitiri Kahinda Otafiire ushinzwe ibibazo by’imbere muri Uganda warwanye intambara yo kubohoza igihuu yarangiye mu 1986, yabwiye umuhungu wa Museveni, Gen. Muhoozi Kainerugaba ko batazatuma abasuzugura . “Turakuzi uri umuhungu wa Museveni ariko ntituzakwemerera kudusuzugura,” uyu ni Maj. Gen. (Rtd) Otafiire mu kiganiro yagiranye na CBS kuri uyu wa Kane ushize. Yakomeje agira ati “ […]

Pte Waalibwa wa UPDF wishe arashe Nizeyimana yakatiwe igifungo cya burundu

Urukiko rwa gisirikare muri Uganda kuri uyu wa Kane rwari ruteraniye ahitwa Rukundo mu Karere ka Kisoro, rwakatiye igifungo cya burundu umusirikare Pte Hamis Walibwa wari ukurikiranweho icyaha cy’ubwicanyi . Urukiko ruyobowe na Col. Rogers Kitwala, rwakatiye iki gihano Pte Walibwa nyuma yo guhamwa n’ibyaha bibiri by’ubwicanyi no kugerageza kwica. Walibwa, wakoreraga muri Batayo ya […]

Muhanga: Hafatiwe amasashe ibihumbi 190 atemewe gukoreshwa mu Rwanda

Polisi y’u Rwanda ifatanyije n’izindi nzego z’umutekano n’abaturage mu Karere ka Muhanga, ku wa Kabiri tariki ya 3 Mutarama, yafashe abantu babiri ari bo; Nsabimana Justin ufite imyaka 36 y’amavuko na Niyonsaba Jackson w’imyaka 33, bari bafite amasashe atemewe gukoreshwa mu Rwanda ibihumbi 160 nyuma y’iminsi micye hafashwe undi witwa Habanabakize Thomas w’imyaka 35 na […]

Uganda: Impanuka ikomeye ya bisi itwara abagenzi yahitanye 16 abandi barakomereka

Nibura abantu 16 bapfuye abandi 21 barakomereka nyuma y’uko bisi igonze rukururana yari iparitse muri centre y’ubucuruzi ya Adebe hafi y’umuhanda Kampala-Gulu mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu . “Biravugwa ko bus ifite pulake UAT 259P y’isosiyete itwara abagenzi ya Roblyn yavaga i Kampala yerekeza i Gulu yinjiye muri rukururana yari iparitse ahagana mu […]

Basanga kuba Prince Harry yemeye ko yishe Abatalibani 25 bishobora kumushyira mu kaga

Kuri uyu wa Kane, uwahoze mu gisirikare cy’u Bwongereza, Colonel Richard Kemp, yatangaje ko icyemezo cya Duke of Sussex cyo gusohora amakuru arambuye mu gitabo ku mibereho ye yise ‘Spare’ ari ‘uguhemukira abantu yarwananye na bo ‘. Kemp yatangarije ikinyamakuru The Sun ko aya magambo yashyize igipimo kinini ku mugongo w’igikomangoma na cyane ko ingoro […]

Le Rwanda obtient 37 millions d’euros pour numĂ©riser les services publics et stimuler l’industrie des drones

Le gouvernement rwandais a obtenu jeudi 5 janvier un prĂŞt de 37 millions d’euros (environ 41 milliards de frw) de l’Agence française de dĂ©veloppement (AFD) pour transformer davantage de services publics en numĂ©rique et dĂ©velopper l’industrie des drones du pays . L’accord connexe est Ă©galement complĂ©tĂ© par une subvention de 1,2 million d’euros pour mobiliser […]

M23 yaraye idatanze ikigo cya gisirikare cya Rumangabo nk’uko yari yabyemeye

Inyeshyamba z’umutwe wa M23 Werurwe, kuri uyu wa Kane itariki 5 Mutarama 2023 ntizashyikirije, nk’uko byari byatangajwe, inkambi ya gisirikare ya Rumangabo, muri Teritwari ya Rutshuru, ho muri Kivu y’Amajyaruguru, abasirikare ba Kenya bo mu ngabo z’akarere ka Afurika y’iburasirazuba . Imihango yo guhererekanya iyi nkambi y’ingabo z’ingenzi yimuriwe kuri uyu wa Gatanu itariki ya […]

Tchad: Haburijwemo umugambi wa gisirikare wo guhungabanya igihugu

Inzego z’umutekano za Tchad zaburijemo umugambi w’itsinda ry’abasirikare bakuru wo guhungabanya umutekano w’igihugu n’itegeko nshinga, nk’uko guverinoma yabitangaje kuri uyu wa Kane ushize . Itangazo ryasohowe rigira riti: “Iyi gahunda yateguwe n’itsinda ribujijwe ry’abagambanyi rigizwe n’abasirikare 11.” Rikomeza rivuga ko uyoboyeiri tsinda ari uwitwa Baradine Berdei Targuio, Perezida w’Umuryango Uharanira Uburenganzira bwa Muntu muri Tchad. […]

Héritier Luvumbu commence les entraînements avec Rayon Sports

Hier après-midi sur la pelouse d’entraĂ®nement de Nzove, les joueurs de Rayon Sports ont repris l’entraĂ®nement après une courte pause festive avant le match retour de la ligue nationale 2022-2023 prĂ©vu le 20 novembre . L’entraĂ®neur en chef de Rayon Sports, Haringingo Christian Francis, a accueilli 17 joueurs, dont leur nouvel attaquant international congolais, HĂ©ritier […]

Uganda: Abasirikare bateye station ya polisi bacikisha bagenzi ba bo bari bafashwe

Polisi iri gukora iperereza kuri dosiye y’abasirikare ba UPDF baraye bagabye igitero kuri sitasiyo ya polisi muri Ndejje, mu Karere ka Wakiso maze bagatunga abapolisi imbunda mbere yo gufungura bagenzi babo (abasirikare) bari bafunzwe bashinjwa gushinga bariyeri zitemewe . Kubera iyo mpamvu, kuri sitasiyo ya Polisi ya Lumuli muri Paruwasi ya Ndejje ku muhanda wa […]

Lt. Gen. Miranda Filho yagizwe Komanda mushya w’ingabo za MONUSCO

Kuri uyu wa Gatatu, itariki 04 Ukuboza, Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, AntĂłnio Guterres, yatangaje ko hashyizweho Lt. Gen. Otávio Rodrigues de Miranda Filho wo muri Brazil nk’umuyobozi mushya w’Ingabo z’Umuryango w’Abibumbye zishinzwe kubungabunga umutekano muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (MONUSCO). Lt Gen. Otávio Rodrigues de Miranda Filho asimbuye Lt. Gen. Marcos de Sá Affonso […]

Gambia: Abasivili babiri n’umupolisi bashinjwe uruhare mu gushaka guhirika ubutegetsi

Ku wa kabiri ushize, Guverinoma ya Gambia yashinje abasivili babiri n’umupolisi icyaha cyo gushaka guhirika ubutegetsi bwa Adama Barrow, nk’uko umuvugizi wa guverinoma yabitangaje . Ku wa Gatanu ushize, abasivili Mustapha Jabbi na Saikuba Jabbi hamwe na Sub-inspector Fakebba Jawara wo mu gipolisi cya Gambia batawe muri yombi bakurikiranyweho guhisha ubuhemu n’ubugambanyi bwo gukora icyaha […]

Mu gitabo yenda gusohora, Prince Harry yahishuye ukuntu mukuru we yamuhohoteye bapfa umugore we

0_thp_chp_271022slug_07023jpg.jpg

Mu gitabo cye gishya yenda gusohora, Prince Harry wo mu Bwongereza avugamo ko “yagabweho igitero” na mukuru we, Prince William, igihe bagiranaga intonganya mu 2019 nk’uko byatangajwe n’ikinyamakuru The Guardian . Nk’uko iki kinyamakuru kibitangaza ngo inkuru y’ibyabaye igaragara mu gitabo gishya cya Harry yise “Spare”, kigomba gusohoka mu mpera z’uku kwezi mu gihe hakomeje […]

USA: Novak Djokovic agiye kurata andi marushanwa akomeye kubera urukingo rwa Covid-19

Igihangange mpuzamahanga mu mukino wa Tennis, Novak Djokovic, kuri uyu wa Kane yemeje ko ashobora kutazitabira andi marushanwa azabera muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika kubera ko yakomeje kwanga kwikingiza Covid-19 . Ubwo yabazwaga kuri aya makuru nk’uko tubikesha Ibiro Ntaramakuru by’Abafaransa, AFP, Novak Djokov mu magambo macye yagize ati “niko bimeze”. Uyu wahoze ari […]

Imwe mu ndege zitagira abapilote za Koreya ya Ruguru yanyuze hajuru y’ingoro ya Perezida wa Koreya y’Epfo

Abayobozi b’ingabo baravuga ko indege ya drone yo muri Koreya ya Ruguru yarenze ibilometero 3.7 by’uburebure bw’akarere katemerewe kunyuramo indege gakikije ingoro ya Perezida wa Koreya y’Epfo i Seoul ubwo yinjiraga mu kirere cy’iki gihugu mu kwezi gushize . Iyi ndege itagira umupilote yari mu ndege eshanu zitagira abapilote zo muri Koreya ya Ruguru zambutse […]

Barasaba ko imanza z’abagera muri 30 bakekwaho jenoside bihishe mu Bufaransa zihutishwa

Ihuriro ry’imiryango iharanira ko abagize uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi bihishe mu Bufaransa bagezwa imbere y’ubutabera, CPCR, rikomeje gusaba ko imanza z’abakekwa bagera kuri 30 bihishe muri iki gihugu zakwihutishwa, kugira ngo abarokotse bahabwe ubutabera . Ni nyuma y’uko hatangajwe ko noneho uwitwa Sosthene Munyemana azaburanishwa mu mpera z’uyu mwaka. Ubutabera bw’uBufaransa bumaze kwemeza bidasubirwaho […]

M23 yemeye gushyikiriza Ingabo z’akarere (EACRF) ikigo cya gisirikare cya Rumangabo kuri uyu wa Kane

Ubuyobozi bw’umutwe wa M23 bwhkanye amakru komeje kuvuga ko ingabo zawo zitigeze ziva muri Kibumba nk’uko bikomeje kugaragara mu itangazamakuru no ku mbuga nkoranyambaga, ushimangira ko kuri uyu wa Kane uzashyikiriza Ikigo cya gisirikare cya Rumangabo, Ingabo z’akarere . Nk’uko bigaragara mu itangazo ra M23 ryashyizweho umukono n’Umuvugizi wayo, Laurence Kanyuka, kuri uyu wa Gatatu, […]

HĂ´pital Baho: Le plaignant va faire appel de l’acquittement des mĂ©decins

Paul Jabo, le veuf de Chantal Ngwinondebe, une patiente dĂ©cĂ©dĂ©e Ă  l’hĂ´pital international de Baho (BIH) en septembre 2021 lors d’une opĂ©ration chirurgicale, a jurĂ© de faire appel de la dĂ©cision de justice d’acquitter les mĂ©decins qui ont pratiquĂ© l’intervention. Depuis l’annĂ©e dernière, le Dr Gaspard Ntahonkiriye, un gynĂ©cologue et le Dr Alfred Mugemanshuro, un […]

Igitero cy’iterabwoba muri Somalia rwagati cyahitanye icyenda abandi barakomereka

Nibura abantu icyenda bapfuye abandi benshi barakomereka muri Somalia rwagati nyuma y’ibisasu byaturikiye mu modoka mu Mujyi wa Mahas . Nk’uko ibitangazamakuru byo muri Somalia bibitangaza ngo abayobozi barashinja intagondwa za Al-Shabaab kuba inyuma y’ibyo bitero byabereye mu karere ka Hiran gaherereye muri Somalia rwagati kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 4 Mutarama nk’uko bitangazwa […]

Uwapfushije umugore arimo kubagwa mu Bitaro bya Baho agiye kujuririra icyemezo cyagize abaganga abere

Paul Jabo, umupfakazi wa Chantal Ngwinondebe, umurwayi w’umugore wapfiriye mu Bitaro Mpuzamahanga bya Baho (BIH) muri Nzeri 2021 mu gikorwa cyo kubaga, yiyemeje kujuririra icyemezo cy’urukiko cyo kugira abere abaganga bakoze icyo gikorwa . Kuva mu mwaka ushize, Dr. Gaspard Ntahonkiriye, inzobere mu bijjyanye n’indwara z’abagore na Dr. Alfred Mugemanshuro, umuhanga mu bijyanye n’ikinya (anesthesiologue) […]

RDC: Gen. Muhoozi yemeje ko ingabo za Uganda zizoherezwa zitazajya kurasana na M23

Igisirikare cya Uganda ntabwo kizagaba ibiero ku mutwe wa M23 niziramuka zoherejwe muri Kivu y’Amajyaruguru nk’uko amakuru agera kuri Chimpreports avuga . Umujyanama mukuru wa perezida mu bijyanye n’ibikorwa bidasanzwe, Gen. Muhoozi Kainerugaba, mu ijoro ryo kuri uyu wa Kabiri, yavuze ko UPDF izakorana bya hafi n’izindi ngabo z’akarere mu kurinda abaturage n’imishinga y’ibikorwaremezo irimo […]

Urukiko ruzatanga umwanzuro ku bujurire bwa Ntaganzwa muri Gashyantare

Isomwa ry’urubanza rwa Ladislas Ntaganzwa, wari Burugumesitiri w’iyahoze ari Komini Nyakizu akaba yarahamwe n’ibyaha bya Jenoside, ryashyizwe ku itariki ya 17 Gashyantare 2023 . Muri Gicurasi 2020, Ntanganzwa yari yahamijwe ibyaha yashinjwaga gukora muri Jenoside yakorewe Abatutsi n’Urukiko Rukuru ruburanisha ibyaha Mpuzamahanga n’iby’iterabwoba rumuhanisha igifungo cya burundu mbere yo kujurira. Uyu mugabo w’imyaka 60 y’amavuko, […]

Uwari Musenyeri Mukuru wa Paris yatangiye gukorwaho iperereza ku ihohotera rishingiye ku gitsina

Abategetsi b’Abafaransa batangije iperereza ry’ibanze ku birego bivuga ko uwahoze ari Musenyeri mukuru wa Paris yakoze “ihohotera rishingiye ku gitsina ku muntu utishoboye” nk’uko byatangajwe kuri uyu wa Kabiri . Bavuze ko iperereza ryafunguwe hashingiwe kuri raporo yatanzwe na diyosezi ya Paris. Musenyeri Michel Aupetit yemeye kwegura mu mpera z’umwaka wa 2021 nyuma y’amakuru y’ibitangazamakuru […]

Guverinoma ya Burkina Faso yasabye u Bufaransa gucyura ambasaderi wabwo

Kuri uyu wa Kabiri, minisiteri y’ububanyi n’amahanga y’u Bufaransa yavuze ko yakiriye ibaruwa y’abategetsi ba Burkina Faso mu kwezi gushize isaba ko Ambasaderi w’u Bufaransa ava muri Burkina Faso, igikorwa minisiteri yise ko ” ari ibintu bidasanzwe .” Guverinoma ya Burkina Faso yanze kugira icyo itangaza ku mugaragaro kuri ayo makuru avuga ko yohereje iki […]

Inyeshyamba za M23 zigaruriye indi midugudu zisatira umupaka wa Ishasha

Ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri, imijyi ya Nyamilima na Buramba, muri Gurupoma ya Binza mu bilometero bikeya uvuye Ishaha yigaruriwe na M23 nyuma yo kwirukana Maimai na FDLR bagenzuraga iyi mijyi bahungiye i Nyakakoma . Ni nyuma y’aho kuwa Mbere, itariki 2 Mutarama, Inyeshyamba za M23 , zari zigaruriye imidugudu 3 yo muri […]