RDC: Rurageretse hagati ya Kiliziya Gatolika na muramu wa Tshisekedi ishinja ubujura

Abahagarariye Kiliziya Gatolika i Kinshasa muri RDC barashinja muramu wa Perezida Félix Antoine Tshisekedi kwiba ubutaka bwa Kiliziya, ibyo basobanura nk’ububandi bwa Leta. Kiliziya ivuga ko muri 2019 ari bwo hari itsinda ry’abantu binjiye muri ubu butaka busanzwe ari ubwa seminari yitiriwe Mutagatifu Yohani XXIII iherereye mu Burengerazuba bw’Umujyi wa Kinshasa, bahita babwita ubwabo. Padiri […]

Ange Kagame n’umugabo we bibarutse ubuheta

Ange Kagame, umukobwa wa Perezida Paul Kagame n’umugabo we Bertrand Ndengeyingoma bibarutse umwana wabo wa kabiri. Perezida Kagame ni we wemeje aya makuru mu butumwa yanyujije ku rubuga rwe rwa Twitter abashimira. Ni ubutumwa bwari buherekeje ifoto y’imfura yabo kuri ubu ifite umwaka umwe w’amavuko acigatiye murumuna we.

Tanzania: Perezida Samia Suluhu yashyizeho Umuyobozi wa Polisi mushya

Perezida Samia Suluhu Hassan wa Tanzania yazamuye mu ntera CP Camillus Wambura, amugira Umuyobozi Mukuru wa Polisi (IGP) ya Tanzania. Wambura yari asanzwe akuriye Urwego Rushinzwe Iperereza ku byaha muri Tanzania. Wambura was the Director of Criminal Investigation (DCI), akaba yasimbuye Simon Sirro wari umaze igihe ayoboye Polisi ya kiriya gihugu. Nk’uko byatangajwe na Zuhura […]

Manzi Thierry mu muryango ugaruka muri APR FC nk’umusimbura wa myugariro yirukanye

Myugariro w’Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’, Manzi Thierry, biravugwa ko ari mu muryango ugaruka muri APR FC nk’umusimbura wa myugariro Nsabimana Aimable wamaze gusezererwa n’iyi kipe y’Ingabo z’igihugu. Ku munsi w’ejo ni bwo APR FC yatangaje ko itazakomezanya na Nsabimana Aimable wari umaze umwaka ayigarutsemo, nyuma yo kuva muri Police FC. Iyi kipe y’Ingabo z’igihugu ntiyigeze itangaza […]

Perezida Tshisekedi yageneye ubutumwa bwihariye Samia Suluhu

Perezida wa Tanzania, Samia Suluhu Hassan, ejo ku wa kabiri yakiriye ubutumwa bwihariye bwa mugenzi we wa Congo Kinshasa, Félix Antoine Tshisekedi. Ni ubutumwa Perezida Samia yashyikirijwe na Prof. Serge Tshabangu Chamwino Ingoro, intumwa idasanzwe ya Perezida Tshisekedi yakiriye mu biro bye i Dodoma. Yaba Perezidansi ya Congo Kinshasa cyangwa iya Tanzania ntibigeze batangaza ibyari […]

Rayon Sports yasinyishije abandi bakinnyi babiri bashya

Ikipe ya Rayon Sports kuri uyu wa Kabiri yasinyishije abakinnyi babiri bashya bombi bakiniraga ikipe ya Heroes FC yo mu cyiciro cya kabiri. Barimo Ishimwe Patrick ukina usatira izamu cyo kimwe na mugenzi we Kanamugire Roger ukina hagati mu kibuga. Buri umwe muri bo yasinye amasezerano y’imyaka itatu yo gukinira Rayon Sports. Aba bakinnyi binjiye […]

Rutahizamu wagenderwagaho na AS Kigali yerekanwe nk’umukinnyi wa Vipers

Ikipe ya Vipers FC yo mu gihugu cya Uganda, yamaze kwerekana umunya-Nigeria Abubakar Lawal wahoze akinira AS Kigali nk’umukinnyi wayo mushya. Lawal yasinye amasezerano y’imyaka ibiri yo gukinira Vipers isanzwe itozwa n’umunya-Brésil Robertinho. Ni nyuma y’imyaka ibiri akinira AS Kigali. Iyi kipe y’Abanyamujyi mu mwaka ushize w’imikino yari yashoboye kuyitsindira ibitego umunani, anatanga imipira 10 […]

Rutahizamu uheruka gusinyira Borussia Dortmund yasanzwemo ‘Kanseri y’ubugabo’

Ikipe ya Borussia Dortmund yemeje ko rutahizamu Sebastian Haller iheruka gusinyisha yavuye mu myitozo yayo, nyuma yo gusanga arwaye ‘Kanseri y’ubugabo’. Haller w’imyaka 28 y’amavuko, ni umukinnyi wa Dortmund kuva muri uku kwezi kwa Nyakanga, nyuma yo kuyigeramo avuye muri Ajax Amsterdam yo mu Buholandi. Iyi kipe yo mu Budage yamusinyishije nyuma yo kwitwara neza […]

Ibya Kagere na Simba SC byaba byarangiye

Amakuru aturuka mu gihugu cya Tanzania aravuga ko rutahizamu Meddie Kagere n’ikipe ya Simba Sports Club bamaze bageze ku bwumvikane bw’uko bagomba gutandukana. Kagere yari amaze imyaka itatu ari umukinnyi wa Simba nyuma yo kuyigeramo avuye muri Gor Mahia yo mu gihugu cya Kenya. Muri Tanzania hari hamaze igihe hari amakuru avuga ko abayobozi ba […]

RDC: Kabund yashinze ishyaka, yiyemeza kurwanya Tshisekedi bahoze ari inshuti magara

Jean-Marc Kabund wahoze ari Visi-Perezida w’Inteko Ishinga amategeko ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yatangaje ko yashinze ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Perezida Félix Tshisekedi. Kabund yahoze ari inshuti magara na Perezida Tshisekedi, dore ko yanahoze ari umuyobozi w’ishyaka rye UDPS riri ku butegetsi. Yemeje ko yashinze ishyaka ‘Alliance pour le changement’ mu kiganiro yagiranye […]

Rurageretse hagati ya Perezida Ramaphosa n’abamurwanya bamuhaye amasaha 48 yo kuba yeguye

Perezida Cyril Ramaphosa wa Afurika y’Epfo yatangaje ko adashobora ‘guterwa ubwoba cyangwa ngo ashyirweho igitutu’ n’umuntu uwo ariwe wese, nyuma y’uko rimwe mu mashyaka atavuga rumwe n’ubutegetsi bwe rimuhaye amasaha 48 yo kuba yamaze kwegura. Perezida Ramaphosa w’imyaka 69 y’amavuko arashinjwa ibyaha bya ruswa, gusa anamaze igihe ari ku gitutu gikomeye kubera ibibazo bitandukanye byugarije […]

Perezida Kagame yashyizeho Umuyobozi Mukuru w’agateganyo wa Kaminuza y’u Rwanda

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, kuri uyu wa Gatandatu yagize Dr Didas Kayihura Muganga Umuyobozi Mukuru w’agateganyo wa Kaminuza y’u Rwanda. Iyi Kaminuza nta muyobozi mukuru yari ifite kuva muri Gicurasi uyu mwaka, nyuma y’iyegura rya Prof. Alexandre Lyambabaje wari umaze amezi 14 ayibereye umuyobozi. Prof. Lyambabaje yeguye mu rwego rwo kugira ngo atangire ikiruhuko […]

Perezida wa Sena ya RDC yasabye MONUSCO guhambira ikava mu gihugu cye

Perezida wa Sena ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Modeste Bahati Lukwebo, yasabye MONUSCO guhambira ikava ku butaka bw’igihugu cye ngo kuko mu myaka 22 ihamaze ntacyo yigeze ihamara. Yatanze ubu butumwa kuri uyu wa Gatanu ubwo yaganiraga n’abatuye i Goma ho mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Modeste Bahati yavuze ko MONUSCO igomba guhambira ikava […]

Abasirikare bakuru muri RDF barimo Gen Safari bagiye mu kiruhuko cy’izabukuru

Igisirikare cy’u Rwanda (RDF) cyakoze ku nshuro ya 10 umuhango wo gusezerera abasirikare bakuru bacyo bagejeje ku myaka ibemerera kujya mu kiruhuko cy’izabukuru, nyuma yo gusoza amasezerano y’akazi. Umuhango wo gusezerera aba basirikare wabereye ku cyicaro gikuru cya RDF ku Kimihurura, ejo ku wa Gatanu tariki ya 15 Nyakanga 2022, uyoborwa na Minisitiri w’Ingabo Maj. […]

Ibya Robert Lewandowski muri FC Barcelona byarangiye

Ikipe ya Bayern Münich yamaze kumvikana na FC Barcelona ko igomba kuyigurisha umunya-Pologne Robert Lewandowski. Fabrizio Romano yemeje ko amakipe yombi yageze ku bwumvikane ku munsi w’ejo. Bayern Munich yemeye kurekura Lewandowski nyuma yo guhabwa na Barça miliyoni 50 z’ama-Euro. Iyi kipe yo mu Budage yari yabanje kwanga ubusabe butandukanye bwa Barça, burimo ubwa miliyoni […]

Urukiko rwategetse ko abakozi ba FERWAFA bari bafunzwe barekurwa

Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro kuri uyu wa Gatanu, rwategetse ko abakozi ba FERWAFA bari bafunzwe bakurikiranyweho ibyaha bifitanye isano na ruswa barekurwa bagakurikiranwa badafunze. Aba ni Nzeyimana Félix wahoze ashinzwe amarushanwa n’umusifuzi witwaTuyisenge Javan. Bombi bari bamaze igihe bafunzwe bakurikiranyweho ibyaha bitatu bifitanye isano ruswa. FERWAFA ni yo yari yarabaregeye RIB kubera uruhare bakekwagaho mu […]

Minisitiri Sophie Wilmès wakunze kutajya imbizi n’u Rwanda yeguye

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Bubiligi akanaba Minisitiri w’Intebe wungirije w’iki gihugu, Sophie Wilmès, yatangaje ko yeguye ku mirimo ye mu rwego rwo kwita ku mugabo we urwaye. Euro News yatangaje ko ejo ku wa Kane ni bwo uyu mugore wakunze kutajya imbizi n’u Rwanda yatangaje ko yeguye, mu rwego rwo kujya kwita kuri Christopher Stone […]

Museveni yibiye akabanga Tshisekedi wamwitabaje ku kibazo cya M23

Perezida Yoweri Museveni wa Uganda yagiriye inama mugenzi we Félix Tshisekedi wa Congo Kinshasa ko kuganira n’inyeshyamba z’umutwe wa M23 urwanya ubutegetsi bwe ari byo byatanga igisubizo ku bibazo impande zombi zifitanye. Ku wa Kane tariki ya 14 Nyakanga Perezida Museveni ku biro bye i Entebbe, yahakiriye intumwa za Perezida Tshisekedi wamwoherereje ubutumwa bwihariye amusaba […]

Col Doumbouya yakoreye agashya abaminisitiri be ubwo bari bateraniye mu nama (Amafoto)

img-20220715-wa0002.jpg

Perezida w’inzibacyuho wa Guinée-Conakry, Col Mamadi Doumbouya, yatunguye abaminisitiri bagize Guverinoma y’igihugu cye ubwo bari bateraniye mu nama abohereza gusukura umujyi wa Conakry. Byabaye kuri uyu wa Kane tariki ya 14 Nyakanga ubwo Perezida Doumbouya yari ayoboye inama y’Abaminisitiri. Umujyi wa Conakry usanzwe ari umwe mu mijyi ya Afurika ikunze kurangwamo imyanda myinshi ku mihanda […]

MINICOM yahagaritse Betting ku makipe yo mu Rwanda

Minisiteri y’Ubucuruzi n’Inganda mu Rwanda (MINICOM), yatangaje ko yahagaritse by’agateganyo ibikorwa by’imikino y’amahirwe (Betting) ku makipe yo mu Rwanda. MINICOM yatangaje ko yafashe iki cyemezo nyuma yo kubiganiraho na Minisiteri ya Siporo (MINISPORTS). Itangazo ryasohowe na Minisitiri w’Ubucuruzi n’Inganda, Habyarimana Béata, rivuga ko “gutanga serivisi za Betting byahagaritswe” ndetse icyo cyemezo kigahita gishyirwa mu bikorwa […]

Icyo Clarisse Karasira avuga ku wavuze ko yajyaga ajya ‘gusambana’ muri ghetto i Byumba

Umuhanzi Karasira Clarisse yagize icyo avuga ku wamushinje kuba yarajyaga gusura umuhungu muri Ghetto bakaryamana, avuga ko ari ukumusebya kubera ishyari. Kuva ejo ku wa Gatatu izina Clarisse Karasira riri kugarukwaho cyane ku mbuga nkoranyambaga, nyuma y’ubutumwa yanditse ku rubuga rwe rwa Twitter. Ni ubutumwa yanditse agaragaza ko kuba kuba yaranze kwiyandarika mu bukumi bwe […]

MONUSCO yeruye, yemeza ko yo na FARDC badafite ubushobozi bwo guhangana na M23

Ubutumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bwo kugarura amahoro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (MONUSCO), bwatangaje ko bwo na FARDC badafite ubushobozi bwo guhangana n’umutwe wa M23. Byatangajwe n’Umuvugizi wa MONUSCO, Mathias Gillmann, mu kiganiro n’abanyamakuru n’ibitangazamakuru bikorera i Kinshasa. Ni ikiganiro cyabaye nyuma y’ukwezi inyeshyamba z’umutwe wa M23 zigaruriye Umujyi wa Bunagana ndetse n’ibindi bice bitandukanye […]

Sir Ian Wood abona ubutaka n’ikirere bya Nyaruguru ari umugisha ku bahinzi b’icyayi

Sir Wood na Minisitiri Mukeshimana baganiriza abaturage

Umuyobozi mukuru wa Wood Foundation, Umunya-Ecosse, Sir Ian Wood, washoye imari mu buhinzi bw’icyayi ku misozi y’akarere ka Nyaruguru, avuga ko imiterere y’ikirere, iy’ubutaka n’iy’imisozi yaho, ibereye cyane ubuhinzi bw’icyayi ku buryo asanga ari umugisha abahinzi b’icyayi biherewe n’Imana. Ibyo Sir Ian Wood yabivuze kuri uyu wa 13 Nyakanga 2022 ubwo we na Minisitiri w’Ubuhinzi […]

Kwizera Olivier na Mackenzie mu bakinnyi 6 batandukanye na Rayon Sports

Ikipe ya Rayon Sports yamaze gutandukana n’abakinnyi batandatu, barimo umunyezamu w’Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’, Kwizera Olivier. Iyi kipe yemeje aya makuru ibinyujije kuri chaîne yayo ya YouTube. Abakinnyi Rayon Sports yamaze gusezerera barimo Kwizera Olivier, rutahizamu uca ku mpande Ishimwe Kevin na myugariro Habimana Hussein ‘Eto’o’. Aba kandi barimo myugariro w’iburyo Nizigiyimana AbdulKalim MacKenzie, Bukuru Christophe […]

Bidasubirwaho Raheem Sterling ni umukinnyi wa Chelsea

Ikipe ya Chelsea yamaze gusinyisha rutahizamu Raheem Sterling wakiniraga Manchester City, aba umukinnyi wa mbere isinyishije kuva iguzwe na Todd Boehly. Sterling w’imyaka 27 y’amavuko yasinye amasezerano y’imyaka itanu yo gukinira Chelsea, bikavugwa ko yatanzweho abarirwa muri miliyoni 50 z’ama-Pounds. Chelsea yemeje ko yamusinyishije ibinyujije ku mbuga nkoranyambaga zayo. Iti: “Umu-star w’Umwongereza Raheem Sterling yerekeje […]

Kiyovu Sports yaburijemo umugambi wa Rayon Sports wo kwisubiza Kimenyi

Ikipe ya Kiyovu Sports yamaze kongerera amasezerano umunyezamu Kimenyi Yves usanzwe ari Kapiteni wayo. Kimenyi amakuru avuga ko yongereye amasezerano y’imyaka ibiri yo gukinira Urucaca. Kimenyi wari ku musozo y’amasezerano ye Rayon Sports byavugwaga ko yifuza kumwisubiza, nyuma yo gutandukana na yo mu myaka ibiri ishize. Rayon Sports yifuzaga kumusimbuza umunyezamu Kwizera Olivier Kugeza ubu […]

RDC: Umuhungu wa Maréchal Mobutu yatorewe umwanya ukomeye

Malo Mobutu usanzwe ari umuhungu wa Maréchal Mobutu Sese Seko wahoze ari Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yatorewe kuba Guverineri w’Intara ya Ubangi y’Amajyaruguru. Malo asanzwe ari bucura bw’umunyagitugu Mobutu wategetse RDC imyaka irenga 30, mbere yo guhirikwa ku butegetsi na Laurent-Désiré Kabila mu 1997. Ejo ku wa Kabiri ni bwo yatowe ku […]

Rubavu: Uwatumye umutetsi guhagararira akarere mu gikorwa cyo kwibuka arashinja Gitifu kumugambanira

Nyiraneza Esperance wahoze ashinzwe uburezi mu murenge wa Rugerero w’akarere ka Rubavu, arashinja Umunyamabanga Nshingwabikorwa wawo, Murenzi Augustin kumugambanira bigatuma ahagarikwa ku kazi. Ku wa Mbere tariki ya 11 Nyakanga ni bwo Nyiraneza yahagaritswe ku kazi n’ubuyobozi bw’akarere ka Rubavu azira kohereza umutetsi mu muhango wo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi nk’umushyitsi mukuru wari uhagarariye akarere. […]

Burundi: Umugabo n’umugore b’Abanyarwanda bafungiye i Bujumbura

Abanyarwanda babiri barimo umugabo n’umugore, bafungiye i Bujumbura mu gihugu cy’u Burundi nyuma yo gufatwa bagerageza kujya ku mugabane w’u Burayi bakoresheje ibyangombwa bitari ibyabo. Abafunzwe nk’uko amakuru aturuka mu gihugu cy’u Burundi abivuga ni Nkunzurwanda Salama usanzwe aba i Kigali, n’umugabo witwa Gakwaya Ernest usanzwe aba muri Sénégal. Ku wa 03 Nyakanga ni bwo […]

Rubavu: Akarere kasabye RIB gukurikirana umukozi wako wohereje umutetsi mu gikorwa cyo kwibuka

Ubuyobozi bw’akarere ka Rubavu, bwatangaje ko bwamaze gusaba Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha gukurikirana umukozi wako ushinzwe uburezi mu murenge wa Rugerero wohereje umutetsi guhagararira uyu murenge mu gikorwa cyo kwibuka. Tariki ya 03 Kamena ni bwo mu kigo cy’amashuri cya Nkama giherereye mu murenge wa Rugerero habereye igikorwa cyo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi ku ncuro ya […]

Abasirikare barenga 7,200 ba Ukraine baburiwe irengero

Abasirikare babarirwa mu 7,200 ba Ukraine ni bo bamaze kuvurirwa irengero kuva iki gihugu cyisanze mu ntambara n’u Burusiya, nk’uko byatangajwe n’Umuvunyi mukuru w’iki gihugu, Oleh Kotenko. Yavuze ko abenshi muri aba basirikare bari mu maboko y’Ingabo z’u Burusiya, nk’uko yabitangarije Televiziyo yitwa Suspilne TV. Umuvunyi mukuru muri Ukraine yavuze ko ku ikubitiro Igisirikare cya […]

Umutoza wanditse amateka akomeye muri Simba SC mu muryango winjira muri Kiyovu Sports

Umubiligi Patrick Aussems watoje ikipe ya Simba Sports Club yo mu gihugu cya Tanzania, ni we byitezwe ko agirwa umutoza mukuru wa Kiyovu Sports. Kiyovu Sports kuri ubu nta mutoza ifite nyuma yo gutandukana na Haringingo Francis Christian wamaze kwerekeza muri Rayon Sports. Cyakora cyo uyu mutoza w’Umurundi byitezwe ko asimburwa na Aussems wanditse amateka […]

RDC-Rwanda: Abanyabugeni basabwe kwifashisha impano yabo mu kwimakaza amahoro

Abanyabukorikori, ababyinnyi, abaririmbyi n’abakinnyi b’ikinamico bo mu bihugu by’u Rwanda na RDC; basabwe gukoresha ibihangano byabo mu kwimakaza amahoro no kubana neza hagati y’abaturage bo mu karere k’ibiyaga bigari. Ibi babitangarije mu mujyi wa Goma mu imurikabikorwa ry’ibikorwa by’ubugeni bwibanda mu kwimakaza umuco w’amahoro no kubana neza hagati y’ibihugu bigize aka karere. Ku ruhande rwabo […]

Rubavu: Umukwikwi [umutetsi] yahagarariye akarere mu gikorwa cyo kwibuka, biteza ihungabana

Mu murenge wa Rugerero w’akarere ka Rubavu haravugwa inkuru y’umukwikwi [umutetsi] wahagarariye akarere mu gikorwa cyo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi, bituma bamwe mu barokotse bagira ikibazo cy’ihungabana. Tariki ya 03 Kamena ni bwo mu kigo cy’amashuri cya Nkama giherereye mu murenge wa Rugerero yabereye igikorwa cyo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi ku ncuro ya 28. Mu […]

AS Kigali yapapuye Rayon Sports wa rutahizamu ukinira Caméroun

Ikipe ya AS Kigali yamaze gusinyisha rutahizamu Man Yakre Dangmo usanzwe ukinira ikipe y’Igihugu ya Caméroun imupapuye Rayon Sports. Man Yakre Dangmo yasinye imyaka ibiri yo gukinira iyi kipe y’Abanyamujyi. Iyi kipe y’umutoza Cassa Mbungo André yamusinyishije nk’umusimbura w’umunya-Nigeria Aboubacar Lawal wamaze kwerekeza muri Vipers yo muri Uganda. AS Kigali yasinyishije Dangmo imupapuye Rayon Sports […]

Lionel Messi na Kylian Mbappé mu ntambara

Amakuru aturuka mu gihugu cy’u Bufaransa aravuga ko umwuka utifashe neza hagati ya Lionel Messi na Kylian Mbappé bombi bakinira PSG, kubera Neymar. Mu minsi ishize ubwo Mbappé yongereye amasezerano muri PSG, ahabwa ububasha ku byerekeye abakinnyi iyi kipe y’i Paris igomba kujya isinyisha n’abo igomba kurekura. The Daily Star yatangaje ko Mbappé yifuza ko […]

Uwarashe Minisitiri w’Intebe w’u Buyapani yasobanuye icyatumuteye kumwivugana

Umugabo warashe Shinzo Abe wahoze ari Minisitiri w’Intebe w’u Buyapani bikamuviramo urupfu, yasobanuye ko yabikoze abitewe no kuba yaratekerezaga ko hari umuryango ukora ibibi yabarizwagamo. Abe yarasiwe mu mujyi wa Nara aho yagezaga ijambo ku baturage. Televiziyo ya NHK yatangaje ko urupfu rwa Shinzo “yapfiriye mu bitaro byo mu mujyi wa Kashihara ho mu karere […]

Ibya Kagere muri APR FC bikomeje kugorana

Ikipe ya APR FC bivugwa ko yifuza gusinyisha rutahizamu Meddie Kagere usanzwe akinira Simba Sports Club yo muri Tanzania, gusa amakuru avuga ko uyu mukinnyi ari kubigenza gake. APR FC bivugwa ko yamaze gusinyisha abarimo Niyigena Clément wakiniraga Rayon Sports, Uwiduhaye Abouba wakiniraga Police FC, Ndikumana Fabio wakiniraga Musanze FC, Ishimwe Christian na Niyibizi Ramadhan […]

Icyo Perezida Kagame avuga kuri Amerika yavuze ko hari Ingabo za RDF ziri muri RDC

Perezida Paul Kagame yatangaje ko yatunguwe cyane na Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziheruka kuvuga ko hari Ingabo z’u Rwanda ziri ku butaka bwa RDC, nyamara zarahisemo kuruca zikarumira ku bibazo bibangamira umutekano w’u Rwanda. Mu kwezi gushize ni bwo Ambasade ya Amerika i Kinshasa yemeje ko ingabo z’u Rwanda (RDF) zinjiye ku butaka bwa […]

Sadio Mané yahishuye uko yemeye gusinya ‘amasezerano yo gupfa’ yitangira Sénégal

Rutahizamu Sadio Mané yahishuye ko mbere y’uko ikipe y’igihugu cye cya Sénégal itwara igikombe cya Afurika cy’ibihugu muri uyu mwaka, yemeye gusinya amasezerano yo gupfa kugira ngo ayikinire. Sénégal yageze muri ¼ cy’irangiza Mané afite ikibazo mu mutwe, nyuma yo kugirira ikibazo mu mukino iyi kipe yaherukaga guhuriramo na Cap-Vert. Sadio Mané we yifuzaga gukinira […]

Igisubizo cya Perezida Kagame kuri Tshisekedi wavuze ko u Rwanda na RDC bishobora kwisanga mu ntambara

Perezida Paul Kagame yasubije mugenzi we Félix Antoine Tshisekedi aherutse gutangaza ko bishoboka igihugu cye cya RDC gishobora kwisanga mu ntambara n’u Rwanda, avuga ko abona bitapfa gushoboka ko ibihugu byombi birwana. Hari mu kiganiro cyihariye Umukuru w’Igihugu aheruka kugirana n’umunyamakuru Marc Perelman wa Televiziyo ya France 24. Ni ikiganiro cyabaye nyuma y’iminsi mike Perezida […]

Umukinnyi ukinira ikipe y’Igihugu y’u Burundi yabaye uwa 9 Rayon Sports isinyishije

Ikipe ya Rayon Sports yamaze gusinyisha Umurundi Mbirizi Eric usanzwe ukinira ikipe y’Igihugu cye, Intamba mu Rugamba. Mbirizi wakiniraga ikipe ya Le Messager de Ngozi; asanzwe akina mu kibuga hagati nk’umukaseri (numéro gatandatu). Rayon Sports yamusinyishije amasezerano y’imyaka ibiri. Amakuru avuga ko iyi kipe yamutanzeho miliyoni 18 z’amafaranga y’u Rwanda, akaba umwe mu bakinnyi bane […]

Eduardo dos Santos wahoze ari Perezida wa Angola yapfuye

José Eduardo dos Santos wahoze ari Perezida wa Angola, yapfuye kuri uyu wa Gatanu nyuma y’iminsi mike arembye. Uyu mukambwe w’imyaka 79 y’amavuko yaguye mu bitaro by’i Barcelone muri Espagne. Urupfu rwe rwemejwe na Perezidansi ya Angola, mu butumwa yanyujije ku rubuga rwa Facebook. Perezidansi ya Angola yavuze ko yaguye mu bitaro bya Teknon Clinic […]

Shinzo Abe yapfuye nyuma yo kurasirwa mu ruhame

Shinzo Abe wahoze ari Minisitiri w’Intebe w’u Buyapani yapfuye, nyuma yo kurasirwa mu ruhame kuri uyu wa Gatanu. Abe yarasiwe mu mujyi wa Nara aho yagezaga ijambo ku baturage. Televiziyo y’igihuhu (NHK) mu kanya kashize ni yo yatangaje ko yapfuye. NHK yatangaje ko urupfu rwa Shinzo rwemejwe n’umwe mu bayobozi b’ishyaka Liberal Democratic Party wavuze […]

Sepp Blatter wahoze ayobora FIFA na Michel Platini wayoboraga UEFA bagizwe abere

Urukiko rwo mu gihugu cy’u Busuwisi kuri uyu wa Gatanu rwagize abere Umusuwisi Sepp Blatter n’Umufaransa Michel Platini, nyuma y’igihe bakurikiranweho ibyaha bya ruswa. Blatter yahoze ari Perezida w’Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’amaguru ku Isi (FIFA), mu gihe Platini yahoze ayobora Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’amaguru ku mugabane w’u Burayi (UEFA). Ubushinjacyaha bw’u Busuwisi bwari bubakurikiranyeho ibyaha by’uburiganya mu […]

Shinzo Abe ararembye nyuma yo kuraswa mu gituza

Shinzo Abe wahoze ari Minisitiri w’Intebe w’u Buyapani, ararembye nyuma yo kurasirwa mu mujyi wa Nara aho yagezaga ijambo ku baturage. Televiziyo ya NHK yatangaje ko akimara kuraswa yahise agira ikibazo cyo guhagarara umutima; gusa kuri ubu bikaba bigoranye cyane kumenya uko amerewe. Umujyi wa Nara Shinzo Abe yarasiwemo uherereye mu Burengerazuba bw’u Buyapani. Uyu […]

Blaise Compaoré yasubiye i Ouagadougou nyuma y’imyaka 8 ari mu buhungiro

Uwahoze ari Perezida wa Burkina Faso, Blaise Compaoré, yamaze gusubira mu gihugu cye nyuma y’imyaka umunani ari mu buhungiro. Muri 2014 ni bwo Compaoré yari yarahungiye i Abidjan muri Côte d’Ivoire, nyuma yo kweguzwa n’imyigaragambyo y’abaturage. Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kane ni bwo indege imutwaye yamugejeje ku kibuga cy’indege cya gisirikare i Ouagadougou; […]

Rayon Sports imaze gusinyisha abakinnyi 7 yamaze kumvikana n’umukinnyi wakiniye Caméroun

Ikipe ya Rayon Sports yamaze kumvikana n’umunya-Caméroun Man-Ykree Dangmo Ngnowa Hapmo wigeze gukinira ikipe y’Igihugu cye. Man-Ykree Dangmo Ngnowa Hapmo, yari asanzwe akina hagati mu kibuga mu kipe ya Colombe Sportive du Dja et Lobo y’iwabo. Bivugwa ko Rayon Sports izamutangaho Frw miliyoni 10, agasinya amasezerano y’umwaka umwe. Man-Ykree Dangmo Ngnowa Hapmo w’imyaka 25 y’amavuko, […]

Kagame na Tshisekedi bemeranyije kurandura burundu FDLR n’imitwe iyishamikiyeho

Ba Perezida Paul Kagame w’u Rwanda na Félix Antoine Tshisekedi wa Congo Kinshasa, bemeranyije ko bagomba gutsinda burundu umutwe wa FDLR n’indi mitwe iwushamikiyeho; nyuma y’igihe iteza umwuka mubi hagati y’u Rwanda na RDC. Abakuru b’ibihugu byombi kuri uyu wa Gatatu tariki ya 06 Nyakanga bari bahuriye i Luanda muri Angola, mu nama yigaga ku […]

Perezida Kagame yageze i Luanda aho ahurira na Tshisekedi

Perezida Paul Kagame yamaze kugera i Luanda mu gihugu cya Angola, aho agomba guhurira na mugenzi we Félix Antoine Tshisekedi cyo kimwe na Perezida João Lourenço. Ibiro by’Umukuru w’Igihugu byemeje ko yamaze kugera i Luanda. Perezida João Lourenço kuri ubu uyoboye ICGLR ni we watumijeho Perezida Kagame na Tshisekedi. Biteganyijwe ko baganira ku kibazo cy’umutekano […]

Amahoro n’umutekano birashoboka muri RDC_Amb. Karega

Ambasaderi w’u Rwanda muri Congo Kinshasa, Vincent Karega, asanga amahoro n’umutekano bishoboka muri iki gihugu nyuma y’imyaka myinshi cyarayogojwe n’intambara. Ni mu butumwa uyu mudipolomate yanyujije ku rubuga rwe rwa Twitter. Ati: “Amahoro n’umutekano muri RDC ndetse no mu karere birashoboka kandi byagirira inyungu cyane bose.” Ambasaderi Karega yavuze ibi mu gihe Uburasirazuba bwa Repubulika […]

M23 yemeje ko yambuye FARDC na FDLR uduce dushya 15

Umutwe wa M23 watangaje ko wamaze kwigarurira uduce dushya 15 two muri Terirwari ya Rutshuru, nyuma y’imirwano ikomeye yari imaze igihe isakiranya abarwanyi bawo na FARDC na FDLR. M23 yemeje ko yigaruriye turiya duce binyuze mu itangazo ryashyizweho n’Umuvugizi wayo, Major Willy Ngoma. Uduce uyu mutwe wemeje ko kuri ubu uri kugenzura turimo aka Bikenke, […]

Ghana yungutse rutahizamu ukomeye mbere yo kwitabira Igikombe cy’Isi

Rutahizamu Iñaki Williams ukinira Athletic Bilbao yo muri Espagne, yatangaje ko yemeye gukinira ikipe y’igihugu ya Ghana (Black Stars) mbere y’uko yitabira imikino y’Igikombe cy’Isi cya 2022 kizabera muri Qatar. Iñaki Williams ni umwe muri ba rutahizamu bamaze igihe bitwara neza muri shampiyona ya Espagne. Uyu musore w’imyaka 28 y’amavuko uzwiho kutarangwa n’imvune, yavukiye i […]

Umutoza Mohammed Adil Erradi yongereye amasezerano muri APR FC

Ikipe ya APR FC yamaze kongerera amasezerano umunya-Maroc Mohammed Adil Erradi usanzwe ari umutoza wayo mukuru. Amakuru avuga ko uyu mutoza yamaze kongererwa amasezerano y’imyaka ibiri. Mohammed Adil Erradi ni umutoza wa APR FC kuva muri 2019, akaba amaze guhesha iyi kipe y’Ingabo z’Igihugu ibikombe bitatu bya shampiyona. Uyu mutoza wari ku musozo w’amasezerano ye […]

FERWAFA yasubije mu mirimo Muhire Henry

Ishyirahamwe ry’Umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA), ryatangaje ko ryasubije mu mirimo Muhire Henry usanzwe ari Umunyamabanga Mukuru waryo nyuma y’igihe yarahagaritswe. Tariki ya 20 Kamena ni bwo FERWAFA yari yatangaje ko yahagaritse Muhire ku nshingano ze, kubera ibyo yagombaga kubazwa bijyanye n’inshingano ze. FERWAFA yari yemeje aya makuru ibinyujije ku rubuga rwayo rwa Twitter, gusa […]

Rutahizamu wa APR FC na madamu we ukuriwe bagaragaye barya ubuzima (Amafoto)

img-20220705-wa0000.jpg

Rutahizamu Lague Byiringiro ukinira APR FC n’Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’, yagaragaye yagiye kurya ubuzima na Madamu we Uwase Kelia bitegurana kwibaruka imfura. Lague cyo kimwe na bagenzi be bakinana muri APR FC bari mu biruhuko, nyuma yo gusoza umwaka w’imikino wabasigiye igikombe cya shampiyona. Amafoto na videwo uyu mugabo w’imyaka 22 y’amavuko yashyize ku rukuta rwe […]

Perezida Kagame na Tshisekedi barahurira i Luanda

Perezida Paul Kagame w’u Rwanda na mugenzi we Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, byitezwe ko bahurira i Luanda muri Angola. Hagati yo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 05 Nyakanga n’ejo ku wa Gatatu tariki ya 06 Nyakanga, ni bwo byitezwe ko abakuru b’igihugu byombi bahura, ku buhuza bwa Perezida […]

Niyigena Clément wa Rayon Sports mu mwambaro wa APR FC

Myugariro Niyigena Clément wakiniraga ikipe ya Rayon Sports, yagaragaye mu mwambaro wa APR FC, bishimangira ko yamaze gusinyira iyi kipe y’Ingabo z’Igihugu. Ifoto yamaze gukina hanze yerekana uyu musore ari mu biro bya APR FC, yambaye umwambaro wayo anasoma ikirango cyayo. Iyi foto yagiye hanze nyuma y’amakuru yari amaze avuga ko uyu musore yamaze gusinyira […]