AFC/M23 yahishuye impamvu nyamukuru Ndayishimiye akomeje kwijandika mu ntambara yo muri RDC

GjXI6BjaYAERQGa 1

Umutwe wa AFC/M23 wagaragaje ko impamvu u Burundi bukomeje gushora imbaraga zabwo zose mu ntambara ya RDC idafite aho ihuriye n’amasezerano y’ubufatanye mu by’umutekano buvuga ko bwasinyanye na Kinshasa, ko ahubwo ari ukubera ibirombe by’amabuye y’agaciro bwemerewe. AFC/M23 mu nyandiko yanyujije ku rubuga rwayo rwa X yagaragaje ko “u Burundi bwa Évariste Ndayishimiye bumaze igihe […]

I Doha M23 yeruye ko idashobora kuva muri Goma na Bukavu

m23 48 afb87

Umutwe wa AFC/M23 wongeye kwerurira Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ko udateze kuva mu mijyi ya Goma na Bukavu umaze amezi menshi ugenzura. AFC/M23 yabitangarije i Doha muri Qatar, aho imaze igihe igiranira ibiganiro na Leta ya Kinshasa. Amakuru avuga ko mu cyumweru gishize impande zombi zohererejwe umushinga mushya w’amasezerano yerekeye ku “gusubizaho […]

Maj. Gen Kagame yakiriye abasirikare ba RDF basoje ubutumwa i Cabo Delgado

2025 10 28 08 12 15 3

Umugaba Mukuru w’Inkeragutabara, Maj Gen Alexis Kagame ari kumwe n’Umuyobozi Mukuru Wungirije wa Polisi y’u Rwanda ushinzwe ibikorwa, CP Vincent B Sano, ku wa Mbere tariki ya 27 Ukwakira bakiriye Inzego z’umutekano z’u Rwanda zari zimaze umwaka zikora ibikorwa byo kugarura amahoro mu Ntara ya Cabo Delgado muri Mozambique. Ingabo n’Abapolisi bagize Inzego z’umutekano z’u […]

Perezida Kagame ari i Riyadh

20251027 170637

Perezida Paul Kagame yageze i Riyadh muri Arabie Saudite, aho yitabiriye inama mpuzamahanga yiga ku ishoramari n’iterambere izwi nka Future Investment Initiative (FII9). Ni inama igomba kumara iminsi itatu. Biteganyijwe ko u munsi wa mbere w’iyi nama, Umukuru w’Igihugu azaganira na bagenzi be barimo Perezida wa Guyana, uwa Colombia, uwa Bulgaria n’uwa Albania. Ni biganiro […]

Green Party irishimira ko ntaho ikijya ngo iterwe imijugujugu

IMG 20251027 WA0004

Ubuyobozi bw’Ishyaka Riharanira Demukarasi no Kurengera Ibidukikije mu Rwanda, burashima inzego bwite za Leta ku kuba ntaho iri shyaka rijya ngo riterwe imijugujugu nk’uko byagiye biba mu bihe byashize. Mbere y’amatora y’Umukuru w’Igihugu yabaye muri Nyakanga 2024, ishyaka Green Party ryakunze kunenga ko hari uturere ryagiye rijya gukoreramo ibikorwa byaryo, bikarangira rihutajwe n’inzego z’ubuyobozi. Nko […]

U Burusiya bwahaye Uganda intwaro z’arenga Frw miliyari 76

20251027 070600

Perezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda, yatangaje ko u Burusiya bwahaye igihugu cye ibikoresho bya gisirikare bifite agaciro ka $ miliyoni 53 (Frw miliyari 76). Perezida Museveni ubwe ni we wakiriye biriya bikoresho ku Cyumweru tariki ya 26 Ukwakira, nk’uko yabyemeje my butumwa yanyujije ku rubuga rwe rwa X. Ati: “Nakiriye ibikoresho bifite agaciro ka […]

Musenyeri Faustin Ngabu yapfuye, M23 na Tshisekedi bashengurwa n’urupfu rwe

IMG 20251027 WA0002

Faustin Ngabu wari Umushumba wa Diyosezi Gatolika ya Goma mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo uri mu kiruhuko cy’izabukuru, yitabye Imana ku myaka 90 y’amavuko. Uyu mushumba wabaye Perezida w’Inama y’Abepisikopi Gatolika bo muri Congo Kinshasa (CENCO) hagati ya 1994 na 2002, yavuyemo umwuka ku Cyumweru tariki ya 26 Ukwakira aguye mu bitaro […]

M23 yemeje ko yafashe ‘Tokyo’ wa FDLR wari waramaze abanya-Masisi

GridArt 20251025 162708524

Umutwe wa AFC/M23 wemeje ko wamaze gufata Yoweri uzwi nka Tokyo, umurwanyi mukuru w’umutwe wa FDLR wari umaze igihe kinini akorera ubwicanyi abanye-Congo bo muri Teritwari ya Masisi. Guverineri wungirije w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru wo ku ruhande rwa M23, Ngarambe Manzi Willy, yatangaje ko Tokyo ukomoka ahitwa i Kivuye mu burengerazuba bw’u Rwanda yafatiwe n’ingabo […]

Nyanza: Abahesha b’Inkiko b’Umwuga bashyikirije inzu nshya uwacitse ku icumu rya Jenoside yakorewe Abatutsi

Urugaga rw’Abahesha b’Inkiko b’Umwuga mu Rwanda (PBA), ku wa Gatanu tariki ya 24 Ukwakira rwashyikirije Mudahinyuka Aloys wo mu murenge wa Muyira w’akarere ka Nyanza warokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 inzu nshya yubakiwe, mu rwego rwo kumufasha kubona icumbi rimuhesha igaciro. Inzu uyu muturage utishoboye yashyikirijwe, yashyizweho ibuye ry’ifatizo mu minsi 100 yo kwibuka […]

Uganda ni cyo gihugu cya mbere ku Isi kibamo demukarasi kurusha ibindi: Museveni

imageresize

Perezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda, yatangaje ko igihugu cye ari cyo kiza ku mwanya wa mbere ku Isi mu kurangwamo demukarasi kurusha ibindi. Museveni yabitangaje ku wa Gatanu tariki ya 24 Ukwakira, ubwo yarimo aganirira n’abanyamakuru mu mujyi wa Gulu. Mu gihe abatavuga rumwe n’uyu mukambwe ndetse na bimwe mu bihugu byo mu burengerazuba […]

Menya ibirindiro 70 Ingabo z’u Burundi zashinze mu Banyamulenge

LogoLicious 20230305 160556

Umunyapolitiki Me Nyarugabo Moïse, yagaragaje ko ingabo z’u Burundi zimaze gushinga ibirindiro birenga 70 mu gice cy’imisozi miremire ituwe n’abanye-Congo bo mu bwoko bw’Abanyamulenge, mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo. U Burundi bufite muri iyi ntara ingabo zirenga 10,000 ziri mu mabatayo ari hagati ya 12 na 15. Izi ngabo zishinjwa gufatanya n’imitwe y’abanye-Congo ya Wazalendo […]

Tshisekedi yaba yamaze kwirukana burundu ba Jenerali barangajwe imbere na Tshiwewe muri FARDC 

20251025 123021

Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, biravugwa ko yamaze kwirukana burundu abasirikare batatu bo ku rwego rwa ba Jenerali mu ngabo z’igihugu cye. Aba ni Gen. Christian Tshiwewe Songesa wahoze ari Umugaba Mukuru w’Ingabo za RDC (FARDC), Lt. Gen Franck Ntumba wahoze akuriye ibijyanye n’igisirikare muri Perezidansi na Général de Brigade […]

Uko Ingabo z’u Burundi zashutse Abanyamulenge mbere yo gutangira kubakorera amabi

FiU9LbGXkAAkuzN

Umunyapolitiki Me Moise Nyarugabo wigeze kuba Minisitiri w’Ubukungu muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ndetse n’umusenateri, yagaragaje uburyo ingabo z’u Burundi zikomeje gukorera abanye-Congo bo mu bwoko bw’Abanyamulenge igisa n’ubukoloni bushya, anamagana ibyaha byibasira inyoko muntu ziriya ngabo zikomeje gukorera ku butaka bwa Congo. Nyarugabo mu kiganiro yanyujije kuri BWIZA TV ku wa Gatanu tariki […]

U Rwanda rwasabye u Burundi kureka kubangamira amasezerano y’amahoro rwasinyanye na RDC

Guverinoma y’u Rwanda yagaragaje ko kuba u Burundi bufite ingabo mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo biri mu bibangamiye amasezerano y’amahoro rwasinyanye na kiriya gihugu, ibusaba gutera intambwe bukareka “kongera amavuta mu muriro”. Byatangajwe na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Amb. Olivier Nduhungirehe, mu kiganiro yagiranye n’umuyoboro wa YouTube wa Ukweli Times. Minisitiri Nduhungirehe yagaragaje […]

Perezida Kagame yakiriye indahiro y’abasenateri barimo Dr. Frank Habineza na Evode Uwizeyimana

20251024 163012

Perezida Paul Kagame kuri uyu wa Gatanu tariki ya 24 Ukwakira 2025, yakiriye indahiro y’abasenateri bashya baheruka kwinjira muri Sena y’u Rwanda, barimo abo aherutse gushyiraho ndetse n’abatowe n’Ihuriro ry’Igihugu Nyunguranabitekerezo ry’Imitwe ya Politiki. Umuhango wo kwakira indahiro y’aba basenateri wabereye mu ngoro y’Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda iherereye ku Kimihurura. Abarahiye ni Prof. Dusingizemungu […]

AFC/M23 yakomoje ku biganiro by’ibanga yavuzwemo na Ndayishimiye 

20251024 071437

Umutwe wa AFC/M23 watangaje ko nta biganiro ibyo ari byo byose wigeze ugirana na Leta y’u Burundi bivugwa ko iheruka gusaba kureka imikoranire n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Ikinyamakuru Africa Intelligence gisanzwe cyandikirwa i Paris mu Bufaransa, giheruka gutangaza ko mu ntangiriro z’uku kwezi Perezida Evariste Ndayishimiye yakiriye i Bujumbura itsinda ry’intumwa za […]

Ishimwe rya Perezida Kagame ku bamwifurije isabukuru nziza y’amavuko

20251024 062751

Perezida Paul Kagame ku wa Kane tariki ya 23 Ukwakira, yashimiye abantu bose bamwifurije isabukuru nziza y’amavuko. Ku itariki nk’iyo mu 1957 ni bwo ababyeyi ba Perezida Paul Kagame (Déogratias Rutagambwa na Asteria Bisinda Rutagambwa) bamwibarutse, ibivuze ko yari yujuje imyaka 68 abonye izuba. Abantu batandukanye biganjemo Abanyarwanda n’abaturanyi bafashe umwanya bifuriza Umukuru w’Igihugu Isabukuru […]

M23 igiye kuvugutira umuti CH-4 za FARDC zimaze iminsi ziyisumbirije

20251021 170748

Umutwe wa AFC/M23 watangaje ko ugiye gutangira kurasa drone z’Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) zimaze igihe zirasa ibirindiro byayo no mu duce dutuwe n’abaturage. Kuva mu mezi make ashize AFC/M23 yakunze gushinja ingabo za Leta kuyirasaho zikoresheje drone zo mu bwoko bwa CH-4 Kinshasa yaguze mu Bushinwa. Ibitero by’izi ndege zitagira abapilote […]

Abasirikare ba FDNB bahanishijwe kuzenguruka u Burundi n’amaguru bazira kwishyuza umushahara barwaniye muri RDC

1761221006868

Amakuru ava mu Burundi aravuga ko hari abasirikare b’iki gihugu bahawe igihano cyo kuzenguruka igihugu cyose n’amaguru, bazira kwishyuza amafaranga bakoreye ubwo barimo barwana muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Aba basirikare banahoze mu butumwa bw’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe bwo kugarura amahoro muri Somalia, amakuru avuga ko mbere yo guhanishwa kiriya gihano bagombaga gusanga […]

U Rwanda na RDC byateye indi ntambwe igana ku gusenya FDLR no gukuraho ingamba z’ubwirinzi 

rdc 25 dd3e4 f2d13

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangaje ko u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo byamaze gutera intambwe igana ku gusenya umutwe wa FDLR urwanya ubutegetsi bw’u Rwanda, ndetse no gukuraho ingamba z’ubwirinzi u Rwanda rwafashe. Byatangajwe n’Umujyanama Mukuru wa Perezida Donald Trump ushinzwe ibibazo bya Afurika, Massad Boulos, nyuma y’inama ya gatatu y’urwego ruhuriweho […]

FERWAFA yahagaritse abasifizi barimo ‘Cucuri’

WhatsApp Image 2025 10 22 at 23.45.15 3e3f8cef

Komisiyo ishinzwe imisifurire mu Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) yahagaritse abasifuzi batatu barimo Ishimwe Claude uzwi nka Cucuri, nyuma yo gukora amakosa mu mikino ya shampiyona y’u Rwanda baheruka gusifura. Abahagaritswe barimo Habumugisha Samuel wasifuye umukino w’umunsi wa gatatu wa Shampiyona Gasogi United yaguyemo miswi na Rayon Sports ibitego 2-2. Uyu musifuzi yahagaritswe mu […]

Umujyanama wa Trump mu by’ukwemera ategerejwe mu Rwanda

1761143594917

Umujyanama wa Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu by’ukwemera, Pasiteri Paula White, agiye kugirira uruzinduko mu bihugu bine byo mu karere k’ibiyaga bigari, birimo u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Mu ntangiriro z’ukwezi gutaha k’Ugushyingo, ni bwo uriya muvugabutumwakazi wahawe inshingano zo kugira Perezida Donald Trump inama mu bijyanye […]

Tshisekedi yashyizeho umusimbura wa Gen. Mwaku wapfiriye muri Uvira

20251022 160247

Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yashyizeho umuyobozi w’akarere ka 33 ka gisirikare k’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ndetse n’uw’ibikorwa bya gisirikare bigamije kurandura imitwe yitwaje intwaro mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo bizwi nka Opérations Sokola 2. Général de Brigade Ilunga Kabamba Jean-Jacques ni we wahawe kuyobora akarere ka […]

Ibindi bitero bya Drones za FARDC byibasiye M23 muri Masisi na Walikale 

A245 2

Umutwe wa M23 wongeye gushinja ihuriro ry’Ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kugaba ibitero “mu duce dutuwe cyane n’abaturage” two muri za Teritwari za Masisi na Walikale, zikoresheje drones z’intambara. Ni ibitero umuvugizi w’uyu mutwe, Lawrence Kanyuka yavuze ko byagabwe mu duce twa Nyarushyamba muri Teritwari ya Masisi na Kashebere ho muri […]

FARDC yavuze ku makuru y’uko yatangiye guhungishiriza intwaro zayo ziremereye i Bujumbura

Gk9iYk WAAEbhXV

Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), cyahakanye amakuru avuga ko cyatangiye guhungisha intwaro zacyo ziremereye kizivana mu mujyi wa Uvira zijyanwa i Bujumbura mu Burundi. Amakuru avuga ko FARDC yatangiye guhungisha izi ntwaro nyuma yo kumenya ko isaha n’isaha M23 ishobora kwigarurira umujyi wa Uvira imaze igihe igose bikarangira izifashe. FARDC ibinyujije muri […]

CH-4 za FARDC yarashe kuri M23 i Nzibira na Mpeti 

20251021 170748

Umutwe wa AFC/M23 watanze impuruza, nyuma y’uko ihuriro ry’ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryongeye kwica agahenge impande zombi zumvikanye. Muri uku kwezi ni bwo AFC/M23 na Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo basinyiye i Doha muri Qatar amasezerano y’agahenge, banemeza gishyiraho urwego rugomba gukurikirana iyubahirizwa ry’ako. Umuvugizi wa AFC/M23, Lawrence […]

‘Umuhanuzi’ Bucyanayandi wasabaga abantu amafaranga ngo badapfa yatawe muri yombi 

20251021 121314

Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) rufatanyije na Polisi y’Igihugu, bataye muri yombi Bucyanayandi Emmanuel wiyita umuvugamutumwa wagaragaye ku mbuga nkoranyambaga atera abantu ubwoba yitwaje ubuhanuzi, akabasaba gutanga amafaranga kugira ngo batagira ibyago by’urupfu, indwara  cyangwa ngo bakubirwe inshuro 5 ibyo batanze nk’ituro. RIB ibinyujije ku mbuga nkoranyambaga zayo yatangaje ko uyu mugabo afungiye kuri Station yayo ya […]

U Rwanda na RDC mu biganiro bishya kwa Trump

000 64466M9

Intumwa z’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, kuva ku wa Mbere tariki ya 20 Ukwakira ziteraniye i Washington muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, mu nama ya gatatu y’urwego ruhuriweho rw’umutekano rushinzwe gukurikirana ishyirwa mu bikorwa ry’amasezerano y’amahoro ibihugu byombi byasinyanye muri Kamena uyu mwaka. Ni inama byitezwe ko ishobora kuba intambwe ikomeye […]

Perezida ushaje kurusha abandi ku Isi yongeye gutsinda amatora

jad20251014 ass cameroun presidentielle rdpc

Komisiyo ishinzwe amatora muri Caméroun, yatangaje ko umukambwe Paul Biya umaze imyaka 43 ayobora iki gihugu ari we watsinze amatora y’Umukuru w’Igihugu yabaye mu minsi umunani ishize. Iyi Komisiyo yatangaje ko Biya w’imyaka 92 y’amavuko yatsinze ku majwi ari hagati ya 53 na 54%, ibivuze ko uyu Perezida ukuze kurusha abandi ku Isi agomba gukomeza […]

Kicukiro: Polisi yataye muri yombi abanyeshuri b’abanyamahanga bakomerekeje abamotari

20251021 060834

Polisi y’u Rwanda yatangaje ko yataye muri yombi abasore batatu b’abanyamahanga biga muri Kaminuza UNILAK bakubise bakanakomeretsa abamotari babiri. Ni urugomo abo basore bakoreye mu murenge wa Gatenga, mu karere ka Kicukiro. Polisi y’Igihugu ibinyujije ku rubuga rwayo rwa X yavuze ko “abafashwe bafungiye kuri Sitasiyo ya Polisi Kicukiro, mu gihe turimo gukorana n’inzego zibishinzwe […]

Pyramids FC igiye kugaruka mu Rwanda

28f01ab5 3326 40af 823d c008495d487b

Ikipe ya Pyramids FC yo mu Misiri igiye kugaruka i Kigali, aho igomba gukinira umukino ubanza w’ijonjora rya kabiri rya Champions League. Ni umukino iyi kipe igomba kwakirwamo na Ethiopia Insurance yo muri Ethiopia ku wa 26 Ukwakira, mbere y’uwo kwishyura uzabera i Cairo mu Misiri ku itariki ya 1 Ugushyingo. Mu busanzwe uyu mukino […]

Ingabo z’u Burundi zahaye Twirwaneho nyirantarengwa yo kuba yamaze kuva mu Mikenke

IMG 20230520 WA0149

Amakuru aturuka mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo aravuga ko ingabo z’u Burundi zamaze guha umutwe witwaje intwaro wa Twirwaneho igihe kitarenze amasaha 24, ngo ube wamaze kuva mu gace ka Mikenke ko muri Komine Minembwe. Amakuru agera kuri BWIZA avuga ko Ingabo z’u Burundi zamaze gushinga imbunda ziremereye mu gace ka Mikarati, zifite ubushobozi bwo […]

M23 na FARDC mu mirwano ikaze muri Nyabyondo

m23

Imirwano ikaze kuri uyu wa Mbere tariki ya 20 Ukwakira, yaramutse ijya mbere hagati y’inyeshyamba za AFC/M23 n’ihuriro ry’ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo mu mujyi muto wa Nyabyondo uherereye muri Teritwari ya Masisi, mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Amakuru avuga ko guhera saa saba z’ijoro, inyeshyamba za Wazalendo zirwana ku ruhande […]

Ndayishimiye yasabye igihugu cy’igihangange kumuhuriza mu biganiro n’u Rwanda 

P04 230206 330

Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi biravugwa ko yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n’u Rwanda, mu rwego rwo guhosha umwuka mubi uri hagati y’ibihugu byombi. Mu Ukuboza 2023 ni bwo umwuka wongeye kuba mubi hagati y’u Burundi n’u Rwanda, nyuma y’uko Gitega ishinje Kigali ku mugaragaro kugira uruhare mu bitero umutwe wa RED-Tabara wagabye […]

Ramaphosa yaburiye Tshisekedi ko ashobora gukorerwa coup d’état azira Kabila

6fd98276ba100c2dbae2198770e698edc80d5f45a9ba70a92bb717915fca2964

Perezida Cyril Ramaphosa wa Afurika y’Epfo yaburiye mugenzi we Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ko ashobora gukorerwa coup d’état, mu gihe yaba yishe Joseph Kabila Kabange yasimbuye ku butegetsi. Ni ubutumwa Ramaphosa yahaye Tshisekedi mu kwezi gushize, ubwo yari yagiye muri Afurika y’Epfo aho yari yitabiriye ibiganiro bigamije guhosha umwuka uri […]

Ba Ofisiye 16 bafunzwe bakekwaho gushaka gukorera coup d’état Perezida Bola Tinubu

imageresize 1

Abasirikare 16 bo ku rwego rwa ba Ofisiye bakuru mu ngabo za Nigeria, bafunzwe bakekwaho kugerageza guhirika ku butegetsi Perezida Bola Ahmed Tinubu w’iki gihugu. Ikinyamakuru Sahara Reporters kivuga ko aba basirikare bafite amapeti guhera ku rya Captain kugeza ku rya Brigadier General, batawe muri yombi bigizwemo uruhare n’Urwego Rushinzwe Ubutasi bwa Gisirikare muri Nigeria […]

Kikuni utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Tshisekedi yageze i Kinshasa ahita atabwa muri yombi

20251018 132624

Umunyapolitiki Seth Kikuni utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yatawe muri yombi kuri uyu wa Gatandatu akigera ku kibuga mpuzamahanga cy’indege cya Ndjili i Kinshasa. Amakuru y’itabwa muri yombi rye yemejwe na mugenzi we Claude Lubaya, mu butumwa yanyujije ku rubuga rwe rwa X. Lubaya yagize ati: […]

U Rwanda na Sénégal byasinyanye amasezerano 5 y’ubufatanye

nguhu ok 66e0f

U Rwanda na Sénégal kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 18 Ukwakira, byasinyanye amasezerano atanu y’ubufatanye. Umuhango wo gusinya aya masezerano wayobowe na Perezida Bassirou Diomaye Faye wa Sénégal uri mu ruzinduko rw’akazi rw’iminsi itatu mu Rwanda, na mugenzi we w’u Rwanda, Paul Kagame. Amasezerano u Rwanda na Senegal byasinyanye arimo ayerekeye ubufatanye mu bijyanye […]

Ibitaravuzwe ku biganiro by’ibanga Ndayishimiye aheruka kugiranira na AFC/M23 i Bujumbura 

123277450 nday

Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi, mu ntangiriro z’uku kwezi yakiriye anagirana ibiganiro by’ibanga n’intumwa z’ihuriro Alliance Fleuve Congo ribarizwamo umutwe wa M23. Ni ibiganiro byabereye mu mujyi wa Bujumbura. Africa Intelligence ivuga ko muri ibyo biganiro, intumwa za AFC/M23 zaburiye Perezida w’u Burundi ku ngaruka ashobora guhura na zo mu gihe yaba akomeje gushyigikira Kinshasa. […]

Lourenço yashimangiye ko FDLR ari izingiro ry’umutekano muke wo muri RDC

56172hr

Perezida João Lourenço wa Angola, yatangaje ko yizeye ko irandura “ry’ibyago by’ubuzima bikomeje kubangamira RDC n’u Rwanda” rizafungura inzira igana ku mahoro akomeye kandi arambye mu karere k’ibiyaga bigari. Lourenço yabigarutseho mu ijambo aheruka kugeza ku banya-Angola abagaragariza uko igihugu cyabo cyifashe muri iki gihe. Muri iri jambo yavuze ku wa Gatatu tariki ya 15 […]

Zelenskyy wari witeze missile za Tomahawk yavuye kwa Trump imbokoboko

gettyimages 2201830848

Perezida Volodymir Zelenskyy wa Ukraine yavuye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika imbokoboko, mu gihe yari yiteze ko zimuha missile karundura zo mu bwoko bwa Tomahawk zo kumufasha kurasa u Burusiya. Zelenskyy yari muri White House aho yakiriwe akanagirana ibiganiro na mugenzi we Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Perezida wa Ukraine yatangaje […]

Perezida Bassirou Diomaye Faye ari mu ruzinduko mu Rwanda

20251017 194542

Perezida Bassirou Diomaye Faye wa Sénégal yamaze kugera i Kigali, aho yatangiriye uruzinduko rw’akazi azamaramo iminsi itatu mu Rwanda. Perezida Faye wasuye u Rwanda ku nshuro ya mbere, ubwo yageraga ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Kigali yakiriwe mu cyubahiro na mugenzi we w’u Rwanda, Paul Kagame ari na we wamutumiye. Uruzinduko rw’Umukuru w’Igihugu cya Sénégal […]

Umukwabu wa M23 muri Nyiragongo wafatiwemo abatari bake

Arrestation Goma2

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 17 Ukwakira, abarwanyi b’umutwe wa AFC/M23 bakoze umukwabu mushya muri Teritwari ya Nyiragongo iherereye mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru wasize bataye muri yombi abatari bake. Amakuru avuga ko uyu mukwabu wabereye mu mudugudu wa Ngangi 3, mu gace ka Munigi ho mu majyaruguru y’Umujyi wa Goma. […]

Col. Randrianirina yarahiriye kuyobora Madagascar nyuma yo guhirika Perezida Rajoelina

20251017 111829

Colonel Michael Randrianirina, kuri uyu wa Gatanu tariki ya 17 yarahiriye kuyobora Madagascar, nyuma yo guhirika ku butegetsi Andry Rajoelina wari umaze imyaka 16 ari Perezida w’iki gihugu. Randrianirina yarahijwe n’Urukiko Rukuru rushinzwe kurinda Itegeko Nshinga. Uyu mugabo waherukaga gusaba abasirikare kutarasa abaturage barimo bigaragambiriza ubutegetsi bwa Rajoelina, nyuma yo kurahira yahise yambikwa umudali uzwi […]

Ibiganiro ku guhana imfungwa hagati ya RDC na AFC/M23 bikomeje kuba imberenge

20251017 071224

Nyuma yo gusinyana amasezerano yo gushyiraho urwego rugomba gukurikirana iyubahirizwa ry’agahenge hagati ya Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’umutwe wa AFC/M23, impande zombi zikomeje ibiganiro bikomeje kubera i Doha muri Qatar. Kuri iyi nshuro impande zombi ziri kuganira ku ngingo yo guhererekanya imfungwa, nyuma y’ukwezi kumwe zemeranyije gushyiraho urwego rushinzwe gukurikirana iriya gahunda. […]

Israel yivuganye Gen. Mohammed Abdulkarim al-Ghamari

20251017 062527

Igisirikare cya Israel (IDF), cyatangaje ko cyishe Maj. Gen Mohammed Abdulkarim al-Ghamari wari Umugaba Mukuru w’Ingabo z’umutwe wa Houthi wo muri Yemen. IDF mu butumwa yanyujije ku rubuga rwayo rwa X, yavuze ko yishe uriya mugabo mu bitero ingabo zayo zirwanira mu kirere zagabye ku bayobozi bakuru ba Houthi mu mpera za Kanama uyu mwaka. […]

Sadate wifuzaga ko Abanye-Congo bajya basukura imisarane yo mu Rwanda yasabye imbabazi

20251016 63337

Umushoramari Munyakazi Sadate yasabye imbabazi, nyuma y’amagambo atakiriwe neza aheruka gutangaza ku baturage b’ibihugu by’u Burundi na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Amagambo yatumye Sadate yotswa igitutu yayatangaje ku wa 12 Ukwakira, ubwo yaganirizaga urubyiruko rwari rwitabiriye Inteko Rusange y’Urugaga rw’urubyiruko rushamikiye ku muryango RPF-Inkotanyi, mu murenge wa Gatenga w’akarere ka Kicukiro. Yabwiye urubyiruko rwari […]

Perezida Kagame yafashe mu mugongo umuryango wa Raila Odinga n’abanya-Kenya

Perezida Paul Kagame yafashe mu mugongo umuryango wa Raila Odinga wigeze kuba Minisitiri w’Intebe wa Kenya ndetse n’abaturage b’iki gihugu, nyuma y’urupfu rw’uriya mukambwe rwabaye ku wa Gatatu tariki ya 15 Ukwakira. Odinga wari ufite imyaka 80 y’amavuko yaguye i Mumbai mu Buhinde aho yari yagiye kwivuza uburwayi butaramenyekana. Perezida Paul Kagame abinyujije ku rubuga […]

Indege yagiye gutwara umurambo wa Raila Odinga yaciye agahigo 

AFP 20191020 economou notitle191020 np0YM v1 Preview KenyaAirwaysBoeing7878Drea og image

Indege ya Sosiyete ya Kenyan Airways yagiye gutwara umurambo w’umunyapolitiki Raila Odinga, yaciye agahigo ko kuba iya mbere yakurikiranirwaga hafi n’abantu benshi ku rubuga rwa Flightradar24. Ku wa Gatatu tariki ya 15 Ukwakira ni bwo Odinga wigeze kuba Minisitiri w’Intebe wa Kenya yapfuye ku myaka 80 y’amavuko. Yaguye mu Buhinde. Indege yagiye gutwara umurambo we […]

AU yahagaritse Madagascar nyuma yo kubamo coup d’état

ap 68f017b54dd47 1760565173

Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe wahagaritse Madagascar, kubera ihirikwa ry’ubutegetsi riheruka kuba muri iki gihugu cy’ikirwa giherereye mu nyanja y’Abahinde. AU yafashe iki cyemezo mu gihe Colonel Michael Randrianirina uyoboye abasirikare bahiritse ubutegetsi bwa Perezida Andry Rajoelina azarahirira kuyobora Madagascar mu buryo bw’inzibacyuho, ku wa Gatanu tariki ya 17 Ukwakira. Uyu muryango ku wa Gatatu […]

Umukire Sadate mu nzozi z’uko Abarundi bazajya bakubura imihanda y’u Rwanda, abanye-Congo bakoza ubwiherero

20251016 63337

Rwiyemezamirimo Munyakazi Sadate akomeje kunengwa n’abatari bake bakoresha imbuga nkoranyambaga, nyuma y’amagambo atakiriwe neza yavuze ku baturage batuye mu bihugu bikikije u Rwanda. Amagambo akomeje gutuma Sadate yibasirwa yayatangaje ku wa 12 Ukwakira, ubwo yaganirizaga urubyiruko rwari rwitabiriye Inteko Rusange y’Urugaga rw’urubyiruko rushamikiye ku muryango RPF-Inkotanyi, mu murenge wa Gatenga w’akarere ka Kicukiro. Yabwiye urubyiruko […]

Abarimo Kabila bashinze umutwe utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Tshisekedi

20251015 175555

Abanyapolitiki batavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bashinze umutwe wa Politiki ugamije kumurwanya bise ‘Mouvement Sauvons la République Démocratique du Congo’. Uyu mutwe washingiwe i Nairobi muri Kenya, aho aba banyapolitiki barangajwe imbere na Joseph Kabila Kabange wayoboye RDC hagati ya 2001 na 2019 bari bamaze iminsi […]

U Rwanda rwatesheje agaciro ibinyoma byibasiye Minisitiri Nduhungirehe

arton132780

Guverinoma y’u Rwanda yatesheje agaciro itangazo ry’irihimbano ryacicikanye ku mbuga nkoranyambaga, rivuga ko Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Amb. Olivier Nduhungirehe, yaba ari gukorwaho iperereza ku byaha bifitanye isano n’imyitwarire mibi. Iryo tangazo rihimbano ryari ryitiriwe Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, ryavugaga ko Minisitiri Nduhungirehe yahamagajwe n’inzego z’ubutabera kandi yahagaritswe by’agateganyo ku mirimo ye nyuma yo kurangwaho imyitwarire […]

RDC yarashe bikomeye M23 nyuma y’amasaha make bumvikanye agahenge

IMG 20241222 WA0038 960x508 1

Umutwe wa AFC/M23 washinje Ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kurasa mu buryo bukomeye ibirindiro byawo, nyuma y’amasaha make impande zombi zemeranyije gushyiraho urwego rwo kugenzura agahenge muri Kivu y’Amajyaruguru n’iy’Amajyepfo. AFC/M23 yemeje ko yagabweho ibi bitero biciye mu muvugizi wayo, Lawrence Kanyuka. Abinyujije ku rubuga rwe rwa X yavuze ko “Ihuriro […]

Joseph Kabila yahurije abatavuga rumwe na Tshisekedi i Nairobi 

20251015 71319

Abanyapolitiki batavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bari i Nairobi muri Kenya aho bari mu mwiherero bahurijwemo na Joseph Kabila Kabange wahoze ari Perezida wa RDC. Izi nama z’iminsi ibiri zigamije gushyiraho umurongo mushya w’uburyo abatavuga rumwe n’ubutegetsi bakorana, hagamijwe “gutanga umusanzu mu kubaka amahoro muri Repubulika […]

Amerika yashimye ubwumvikane RDC na AFC/M23 byagezeho

20251015 065110

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zashimye ubwumvikane bwo gushyiraho urwego rwo kugenzura ihagarikwa ry’imirwano Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’umutwe wa AFC/M23 bagezeho. Ku wa Kabiri tariki ya 14 Ukwakira ni bwo impande zombi zemeranyije gushyiraho ruriya rwego, nyuma y’icyiciro cya gatandatu cy’ibiganiro zagiranye ku wa Mbere tariki ya 13 Ukwakira 2025. Urwo […]

Abasirikare kabuhariwe ba Madagascar bakoze Coup d’état

41 2025 638958948158844840 884

Umutwe w’abasirikare badasanzwe ba Madagascar, kuri uyu wa Kabiri watangaje ko wakuyeho ubutegetsi bw’iki gihugu. Uyu mutwe wabitangaje nyuma y’imyigaragambyo yari imaze iminsi mu guhugu yatumye Perezida Andry Rajoelina ahunga. Umutwe wa CAPSAT nyuma yo guhirika ubutegetsi wahise uhagarika inzego zose z’ingenzi mu gihugu, gusa utanga isezerano ry’uko muri iki gihugu hagomba kuba amatora mu […]

Dr. Frank Habineza yatorewe kuba umusenateri

20251014 111148

Umuyobozi w’Ishyaka Riharanira Demokarasi no Kurengera Ibidukikije mu Rwanda (DGPR), Dr. Frank Habineza, kuri uyu wa Kabiri tariki ya 14 Ukwakira yatorewe kuba Umusenateri. Dr. Habineza wamaze igihe kirekire ari umudepite mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda, we na mugenzi we Nkubana Alphonse wo mu ishyaka PSP batorewe mu Nteko Rusange y’Ihuriro ry’Igihugu Nyunguranabitekerezo ry’Imitwe […]

Gen. Bunyoni yagiye muri ‘Coma’

bunyoni

Amakuru aturuka mu gihugu cy’u Burundi aravuga ko Gen. Alain-Guillaume Bunyoni wahoze ari Minisitiri w’Intebe w’iki gihugu yamaze kujya muri ‘Coma’. Bunyoni yagiye muri Coma nyuma y’iminsi itanu avanwe muri gereza yari afungiwemo akajyanwa kuvurizwa mu bitaro bikuru bya Gutega. Ubwo yajyanwaga muri ibi bitaro na bwo amakuru yavugaga ko atashoboraga kubona, kuvuga cyangwa kumva. […]