Gen. Bertin Gahungu yatawe muri yombi 

1755840549683

Général de Brigade de Police Gahungu Bertin uri mu bapolisi bakomeye mu Burundi, yatawe muri yombi ejo ku wa Kane tariki ya 21 Kanama 2025. Gahungu wigeze kuyobora iperereza ry’imbere mu Burundi (DDI), amakuru aturuka muri iki gihugu aravuga ko yaraye muri gereza y’urwego rw’iperereza iherereye hafi ya cathédrale Regina Mundi i Bujumbura. Kugeza ubu […]

Abacamanza b’Abafaransa batesheje agaciro urubanza ruregwamo umugore wa Habyarimana

agathe en juvenal habyarimana 1579179444121 9fc7e

Abacamanza b’Abafaransa kuri uyu wa Kane tariki ya 21 Kanama, batesheje agaciro ikirego kuri Agathe Kanziga wahoze ari umugore wa Habyarimana Juvenal wabaye Perezida w’u Rwanda bakoragaho iperereza ku ruhare akekwaho muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Kanziga w’imyaka 82 y’amavuko, aba mu Bufaransa kuva mu 1998; gusa Leta y’u Rwanda yakunze gusaba u Bufaransa […]

Uganda yaciye muri Stade ‘Jersey’ zanditseho amagambo y’ibishegu

GridArt 20250821 124536932

Komite ishinzwe gutegura igikombe cya Afurika gihuza abakinnyi bakina imbere muri za shampiyona zo mu bihugu byabo (CHAN), yateguje abanya-Uganda ko nta mufana uzongera kwemererwa kwinjira muri Stade yambaye umwambaro uriho amagambo arimo kwibasira. Ni icyemezo cyafashwe mu gihe mu mikino itatu Uganda iheruka gukina, abafana batandukanye bagaragaye bambaye imyambaro iriho ubutumwa busekeje, amagambo y’urukozasoni […]

Minembwe yagizwe Teritwari, ihabwa Colonel ngo ayiyobore

IMG 20200420 WA0036

Ihuriro Alliance Fleuve Congo ribarizwamo imitwe ya M23 na MRDP Twirwaneho, ryamaze kugena ko igice cy’ahazwi nko mu Minembwe mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo kigomba guhinduka Teritwari. Minembwe mu busanzwe yabarizwaga muri Segiteri ya Lulenge, muri Teritwari ya Fizi iri mu zigize intara ya Kivu y’Amajyepfo. Icyemezo cyo kuyigira Teritwari cyafashwe mu rwego rwo kwegera […]

Hamenyekanye igihe shampiyona y’u Rwanda izatangira

1755767913043

Ubuyobozi bwa Rwanda Premier League bwatangaje ko Shampiyona y’icyiciro cya mbere mu mupira w’amaguru mu Rwanda izatangira ku wa 12 Nzeri 2025, ikazasozwa ku wa 24 Gicurasi 2026. Ibi byemejwe mu itangazo ryasohowe n’ishyirahamwe riyobora iyi Shampiyona, aho bavuze ko gahunda nshya yateguwe hagamijwe guhuza amarushanwa yo mu gihugu n’ayo ku rwego mpuzamahanga. Abakunzi b’umupira […]

Amerika yatumije inama y’igitaraganya ku bwicanyi M23 yashinjwe gukorera abaturage

GridArt 20250821 75309177

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangaje ko zatumije inama y’ikitaraganya y’akanama k’Umuryango w’Abibumbye gashinzwe amahoro n’umutekano ku Isi, kugira ngo haganirwe ku bwicanyi bukomeje gukorerwa muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo burimo n’ubwashinjwe umutwe wa M23. Amerika yemeje ko yamaze gutumiza iriya nama biciye mu biro bishinzwe ibibazo bya Afurika muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga yayo. […]

Amerika yaba igiye gukuraho ibihano yafatiye abayobozi ba M23

NANGAA

Leta Zunze Ubumwe za Amerika biravugwa ko ziri guteganya gukuraho ibihano zafatiye abayobozi b’umutwe wa AFC/M23 urwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Amakuru agera kuri BWIZA avuga ko nta gihindutse Washington izakuraho biriya bihano mu minsi iri imbere. Amerika imaze igihe yarafatiye ibihano abayobozi ba AFC/M23 ibashinja kugira uruhare mu guteza umutekano muke […]

Israel Katz yahaye umugisha gahunda ya IDF yo kwigarurira Umujyi wa Gaza

DSC09863blur

Minisitiri w’Ingabo za Israel, Israel Katz, yemeje gahunda y’ingabo za kiriya gihugu (IDF) yo kwigarurira umujyi wa Gaza wo muri Palestine. Gahunda yo kwigarurira Gaza Minisitiri Katz yaherukaga kuyigezwaho n’Umugaba Mukuru w’Ingabo za Israel, Lt. Gen Eyal Zamil n’abandi bayobozi bakuru ba IDF. Kuri ubu byitezwe ko mu minsi iri imbere ari bwo Israel izatangira […]

Kisoro: Umusirikare wa UPDF yiyahuye nyuma yo kureba umukino wa Manchester United na Arsenal 

Umusirikare wo mu ngabo za Uganda (UPDF), yiyahuye nyuma yo kureba umukino w’umunsi wa mbere wa shampiyona y’Abongereza Manchester United yatsinzwemo na Arsenal ku Cyumweru gishize. Private Samuel Kwesiga w’imyaka 32 y’amavuko, yakoreraga muri batayo ya 35 y’ingabo za Uganda ibarizwa ahitwa Nyanamo mu karere ka Kisoro. Amakuru avuga ko yirashe mu cyico nyuma yo […]

Ba Jenerali 25 bakekwaho gutuma FARDC ikubitwa na M23 bari gukorwaho iperereza 

20250820 075152

Ubushinjacyaha Bukuru bwa Gisirikare muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kuva mu kwezi gushize buri gukora iperereza ku basirikare bo ku rwego rwa ba Jenerali bo mu ngabo za kiriya gihugu, bakekwaho kugira uruhare mu gutuma ingabo za RDC zitsindirwa mu ntambara yo mu burasirazuba bw’iki gihugu. Abari gukorwaho iperereza ni abari bayoboye igisirikare, kuva […]

FARDC iravuga ko M23 yongeye kuyigabaho uruhuri rw’ibitero

20231122182438414358 41c901b3 40ea 45f8 aad3 a8a9574ad904

Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), kirashinja umutwe wa M23 kugaba uruhuri rw’ibitero ku birindiro by’ingabo zacyo biri mu ntara za Kivu y’Amajyaruguru ndetse n’iy’Amajyepfo. Umuvugizi wa FARDC, Général-Major Sylvain Ekenge, kuri uyu wa Kabiri yatangaje ko ku wa 11 Kanama M23 yarashe ibirindiro by’ingabo za Leta zirwanira mu mazi bya Musenda biherereye […]

Abakobwa batsinze neza ibizamini bya leta kurusha abahungu

20250819 155003

Minisiteri y’Uburezi ifatanyije n’Ikigo cy’Igihugu Gishizwe Ubugenzuzi bw’Amashuri (NESA), kuri uyu wa Kabiri tariki ya 19 Kanama batangaje amanota y’abanyeshuri bakoze ibizamini bya Leta bisoza amashuri abanza, ndetse n’ibisoza Icyiciro Rusange (Tron-Commun). Ni umuhango wayobowe na Minisitiri w’Uburezi, Nsengimana Joseph. Imibare itangwa na NESA yerekana ko mu banyeshuri 219,900 bakoze Ikizamini cya Leta gisoza amashuri […]

Kenya yatanze umucyo k’uyihagarariye i Goma yagennye bikarakaza Kinshasa

BCFFD628 3848 42CB B949 687E30B633E2

Guverinoma ya Kenya yatanze umucyo ku cyemezo cya Perezida William Ruto cyo kugena Judy Kiaria Nkumiri nk’uhagarariye inyungu z’igihugu cye mu mujyi wa Goma cyamaganwe na Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Ku wa Gatanu w’icyumweru gishize ni bwo Ruto yagennye uriya mudipolomate nk’ugomba guhagararira inyungu za Kenya muri uriya mujyi ugenzurwa n’inyeshyamba zo […]

AFC/M23 na RDC mu mushinga wo gushinga ‘Special Force’ bihuriyeho

6538426 ftp import images 1 wbbpzaa0xuij 5449942 01 06

Guverinoma ya Qatar yahaye Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’umutwe wa AFC/M23 igitekerezo cyo gushinga umutwe w’Ingabo zidasanzwe (Special Force) uhuriweho n’impande zombi, nka bumwe mu buryo bwatuma amahoro agaruka mu burasirazuba bwa RDC. Ibi bikubiye mu nyandiko y’umushinga w’amasezerano y’amahoro Qatar yageneye impande zombi; mbere y’uko zisubira ku meza y’ibiganiro. Mu busanzwe […]

Abantu 5 bishwe n’imvura

20250818 192348

Minisiteri y’Ibikorwa by’Ubutabazi yatangaje ko abantu batanu bishwe n’ibiza byatewe n’imvura nyinshi imaze iminsi ibiri igwa hirya no hino mu gihugu. Iyi Minisiteri yatangaje ko bane mu bapfuye bishwe n’inkuba, undi umwe agwirwa n’inzu. Ni mu gihe inzu 15 zangijwe n’ibi biza mu gihugu hose. Abantu batanu bishwe n’ibiza byatewe n’imvura nyinshi imaze iminsi igwa […]

FIFA yahaye Rayon Sports nyirantarengwa yo kuba yamaze kwishyura Robertinho Frw miliyoni 32.5 ye

whatsapp image 2024 07 25 at 01.50 05 a6d8c 1

Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru ku Isi (FIFA), yahaye Rayon Sports iminsi 45 nka nyirantarengwa yo kuba yamaze kwishyura $ 22,500 (Frw 32,500,000) ibereyemo umunya-Brésil Robertinho wahoze ari umutoza wayo. Muri Gicurasi uyu mwaka ni bwo umutoza Roberto Oliveira Gonçalves do Carmo ’Robertinho’ yari yareze Rayon Sports muri FERWAFA asaba ko yamwishyura umushahara w’amezi ane ungana na […]

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Afurika y’Epfo mu mazi abira nyuma y’amagambo yavugiye muri Iran

GettyImages 2219855828 1755255255

Guverinoma ya Afurika y’Epfo yitandukanyije n’Umugaba Mukuru w’Ingabo z’iki gihugu, Gen. Rudzani Maphwanya, nyuma y’amagambo aheruka gutangariza muri Iran. Ku wa Kabiri w’icyumweru gishize ubwo uyu Jenerali yahuriraga i Tehran na mugenzi we w’Ingabo za Iran, Major-General Seyyed Abdolrahim Mousavi, yagaragaje ko hari byinshi igihugu cye na Iran bisangiye. Ibiro Ntaramakuru the Press TV bya […]

Trump yahaye umugisha ibyifuzo bya Putin kuri Ukraine

20250816 104012 1

Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yakuriye Ukraine inzira ku murima ku kuba yakwinjira mu muryango wa OTAN, mu gihe habura amasaha make ngo ahure na Perezida wayo, Volodymir Zelensky. Trump kandi yamenyesheje Ukraine ko ibyo kwisubiza umwigimbakirwa wa Crimea u Burusiya bwiyometseho muri 2014 na byo bidashoboka. Perezida wa Leta Zunze […]

Kivu y’Amajyepfo: Drones zaturutse i Bujumbura zagabye ibitero ku birindiro bya M23

IMG 20241225 WA0304

Umutwe wa M23 ku Cyumweru tariki ya 17 Nyakanga, washinje ihuriro ry’ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kugaba ibitero mu duce twa Nzimbira na Kanyola rikoresheje intwaro zirimo na drones z’ubwiyahuzi. M23 yemeje aya makuru biciye mu muvugizi wayo w’Ishami rya Politiki, Lawrence Kanyuka. Yagize ati: “Ingabo z’ihuje z’ubutegetsi bwa Kinshasa zagabye […]

Gen. Muhoozi yavuze uruhande Uganda ishyigikiye hagati ya FARDC na M23

20250816 135600 1

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen. Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko igihugu cye kiri ku ruhande rw’umutwe wa M23 mu ntambara urwanamo na Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Gen. Muhoozi yabitangaje ku wa Gatanu tariki ya 15 Kanama, mu butumwa yanditse ku rubuga rwe rwa X. Muri ubu butumwa yaje gusiba nyuma y’amasaha make, […]

RRA yatanze arenga Frw miliyoni 460 nk’ishimwe kuri TVA ku baguzi basabye fagitire za EBM

Press Conf Pic July 2024

Ikigo cy’Imisoro n’Amahoro (RRA), ku wa Gatanu tariki 15 Kanama, cyatanze miliyoni 464 Frw ku baguzi ba nyuma 40,905 basabye fagitire za EBM ku bicuruzwa na serivisi bicibwaho umusoro ku nyongeragaciro (TVA), kuva muri Mata kugeza muri Kamena 2025. Kuva iyi gahunda yatangira mu mwaka wa 2024, amafaranga amaze gutangwa nk’shimwe kuri TVA yarenze miliyari […]

RRA disburses additional Frw 464 million in VAT rewards to final consumers

Press Conf Pic July 2024

Rwanda Revenue Authority (RRA) has this Friday, August 15, disbursed over Frw 464 million in VAT rewards to 40,905 final consumers who requested EBM invoices on Value Added Tax (VAT)–liable products and services during the months of April to June 2025. Since the launch of the incentive programme in early 2024, the total amount disbursed […]

CG Felix Namuhoranye kwa Mswati

20250816 105242

Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda, CG Felix Namuhoranye, yitabiriye umunsi mukuru ngarukamwaka wa Polisi yo mu Bwami bwa Eswatini wahujwe no gusoza amasomo y’abapolisi bashya mu ishuri ryitwa Matsapha Police Academy riherereye mu ntara ya Manzini. Ni umuhango wabaye ejo ku wa Gatanu tariki ya 15 Kanama 2025. Uyu muhango witabiriwe na nyir’icyubahiro umwami […]

Trump yahuye na Putin ntibagira icyo bageraho

20250816 104012

Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yahuye na mugenzi we Vladimir Putin w’u Burusiya, mu muhuro wari utegerejwe n’abatari bake hirya no hino ku Isi. Aba bombi bahuriye muri Alaska kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 16 Kanama 2025, mu nama yibanze ku ntambara u Burusiya bumaze imyaka irenga itatu burwanamo na […]

Ruto yagennye umudipolomate wo guhagararira Kenya mu matware ya M23

GEOC

Perezida William Samoei Ruto wa Kenya, ku wa Gatanu tariki ya 15 Kanama 2025 yagennye Judy Kiaria Nkumiri nk’uhagarariye ibikorwa bya dipolomasi by’igihugu cye (Consul Général) mu mujyi wa Goma. Judy Nkumiri ari muri ba Ambasaderi, ba consular generals n’abayobozi bungirije b’ubutumwa Perezida William Ruto kuri ubu unayoboye umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) yagennye ku […]

Miss Mutesi Jolly yaba ari we Gen. Muhoozi ashaka kugira umugore wa 4?

GridArt 20250815 175910170

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, akomeje kugaragaza ko yihebeye Mutesi Jolly wabaye Nyampinga w’u Rwanda wa 2016. Ibi bije nyuma y’uko uyu musirikare kuri uyu wa Gatanu yagaragaje ko mu gihe cya vuba azarongora “umugore wa kane ukomoka mu Rwanda”, nyuma yo guhabwa uruhushya rwo kubikora na Perezida Yoweri Kaguta Museveni. Gen. […]

Abarundi 8 bamaze umwaka urenga bafungiwe mu kibuga cy’indege cyo muri Philippines

IMG 20250815 WA0009

Abarundi umunani bamaze umwaka n’amezi abiri bafungiwe ku kibuga cy’indege cyo mu mujyi wa Manila muri Philippines, baratabaza basaba ubufasha bwo kuhavanwa. Aba Barundi barimo abakobwa babiri, abagore babiri, abana babiri n’abagabo babiri. Bavuga ko bisanze ari imfungwa zifungiye i Manila, ubwo bahacaga bajya gushaka ubuhungiro. Hagati ya Gicurasi na Kamena ngo ni bwo bageze […]

Icyo Brig. Gen Rusanganwa avuga ku bafana ba APR FC bafunzwe

mwakire chairman mushya wa apr fc brig gen deo rusanganwa.webp 516d0 0b70c 1

Ikipe ya APR FC yihanganishije abakozwe ku mutima no kuba hari abakunzi bayo bari mu bantu bafunzwe bakekwaho ibyaha bijyanye n’uburyo haguzwe amatike y’indege hakoreshejwe konti ya Minisiteri y’Ingabo binyuranyije n’amategeko, ivuga ko ifite icyizere cy’uko ibibazo byabo bishobora kuzakemuka. Ku wa Gatatu tariki ya 13 Kanama ni bwo abantu 28 barimo abakunzi ba APR […]

Gen. Muhoozi aravuga ko agiye kurongora Umunyarwandakazi

GMeYgzoWAAAVLrt.jpg large

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen. Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko ateganya kurongora umugore wa kane ugomba kuba ari Umunyarwandakazi. Muhoozi usanzwe ari impfura ya Perezida Yoweri Kaguta Museveni, yatangaje iby’iyi gahunda mu butumwa yanyujije ku rubuga rwe rwa X rwahoze rwitwa Twitter. Yagize ati: “Ndi hafi kurongora umugore wanjye wa kane wo mu Rwanda.” Uyu […]

Intare Nkuru’ za APR FC zayihaye miliyoni 500

APRL6857 768x536 1

Abafana b’ikipe ya APR FC bazwi nk’ “Intare Nkuru” babimburiye abandi gushyira hanze imihigo yabo ya 2025-2026, ubwo bahuriraga ku cyicaro cy’Ingabo z’Igihugu ku mugoroba wo kuri uyu wa Kane tariki 14 Kanama. Ni umuhango witabiriwe n’abarimo Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda, Gen. Mubarakh Muganga, Umugaba w’Inkeragutabara akanaba umwe mu bigeze kuyobora APR FC, Maj. […]

RIB yatangiye kwifashisha drone mu gufata abiba amabuye y’agaciro

GridArt 20250814 74034226

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko rwatangiye kwifashisha ikoranabuhanga ry’utudege tutagira abapilote (drones); mu rwego rwo guhangana n’abakora ibikorwa by’ubucukuzi bunyuranyije n’amategeko. Byatangarijwe mu karere ka Rulindo, ahabereye ubukangurambaga mu baturage bwa RIB n’ikigo RMB gishinzwe Mines, Peteroli na Gazi. Ni ubukangurambaga bwari bufite insanganyamatsiko igira iti: “uruhare rwa buri wese mugukumira ibyaha bihungabanya ibidukikije […]

FARDC na M23 biri guteguzanya intambara yeruye

Des Militaires de la Garde Republicaine FARDC

Umutwe wa M23 n’Ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) bakomeje gushinjanya ubushotoranyi no guteguzanya kurasana, mu gihe intambara ikomeye hagati y’impande zombi ikomeje gututumba. FARDC ku wa Kabiri tariki ya 12 Nyakanga biciye mu muvugizi wayo, Général-Major Sylvain Ekenge, yashinje ingabo za M23 kuba zikomeje kugaba ibitero ku birindiro byayo biherereye […]

Ukuri ku mafoto yerekana Minisitiri Kayikwamba wa RDC ari kumwe na Perezida Kagame

IMG 20250812 WA0019

Ku mbuga nkoranyambaga hakomeje gukwirakwizwa amafoto yerekana abantu barimo Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Thérèse Wagner Kayikwamba bari kumwe na Perezida Paul Kagame muri Village Urugwiro. Abayakwirakwiza baravuga ko Kayikwamba yagiriraga uruzinduko mu Rwanda; mu gihe umwuka utifashe neza hagati ya Kigali na Kinshasa. Ni amafoto icyakora bigaragara ko yafashwe muri […]

Imyaka 9 irashize Perezida Kagame yakiriye Kabila i Rubavu 

20250811 234616

Ku itariki nk’iyi ya 12 Kanama muri 2016, Perezida Paul Kagame yakiriye Joseph Kabila Kabange wari Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, mu ruzinduko rwa nyuma yagiriye mu Rwanda mbere yo guha ubutegetsi Félix Antoine Tshisekedi wamusimbuye. Kabila wavuye ku butegetsi muri 2019, yasuye u Rwanda nyuma y’imyaka itatu igihugu cye cyari kimaze kirebana […]

U Rwanda rwamaganye ibirego bishinja RDF gufatanya na M23 kwica abanye-Congo 319

pic 19 586a3 0097e 21ef2

Guverinoma y’u Rwanda yateye utwatsi “ibirego by’ibinyoma” by’Ibiro by’Umuryango w’Abibumbye bishinzwe Uburenganzira bwa Muntu (OHCHR) bishinja ingabo z’u Rwanda kugira uruhare mu bwicanyi bivugwa ko umutwe wa M23 wakoreye abantu 319 mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Muri uku kwezi ni bwo Komiseri Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye ushinzwe uburenganzira bw’ikiremwamuntu, Volker Türk, yashinje “M23 […]

RDC iravuga ko M23 yakubitishije ingabo zayo za ‘drones’ na burende

88c37120 e105 11ee 8ce7 5bef85a88551.jpg 1

Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yashinje M23 gukoresha za drones n’imodoka zo mu bwoko bwa burende, mu mirwano yabaye mu cyumweru gishize igasiga uyu mutwe wigaruriye uduce dutandukanye two mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo. Mu mpera z’icyumweru gishize, ni bwo M23 yigaruriye uduce twa Kaniola, Mulamba, Muzinzi na Ciruko; nyuma yo kutwirukanamo ihuriro […]

Rwamagana: Polisi yarashe mu cyico abagabo 2

Screenshot 20240522 092327

Polisi y’Igihugu ikorera mu karere ka Rwamagana, yarashe abagabo babiri bakekwagaho kwica abazamu barindaga ububiko bw’inzoga buherereye mu murenge wa Muyumbu. Ku wa 30 Nyakanga ni bwo abo bazamu bishwe, ndetse nyuma yo kwicwa ababikoze banasize bibye amafaranga n’amakaziye 350 y’inzoga. Umucuruzi umwe bamutwaye amakaziye 150 n’amafaranga ibihumbi 600 Frw, undi bamutwara amakaziye 200 ndetse […]

Noël Mbatshi na we yinjiye muri AFC/M23

20250811 083530

Noël Lutete Mbatshi uri mu bavuga rikijyana mu ntara ya Congo-Central, yamaze kwinjira mu mutwe wa AFC/M23 urwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Noël Lutete Mbatshi asanzwe ari umuhungu wa Simon Floribert Mbatshi wahoze ari Guverineri wa Congo-Central, umudepite ndetse n’umusenateri mu Nteko Ishinga Amategeko ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Mu mpera […]

Umucyo wa Bayern Münich ku bivugwa ko yasheshe amasezerano ya ‘Visit Rwanda’

AA1yzSWg 1

Ikipe ya Bayern Münich yatangaje ko itigeze isesa amasezerano yo kumenyekanisha u Rwanda biciye muri gahunda ya Visit Rwanda, bitandukanye n’ibyari byatangajwe n’ibitangazamakuru byiganjemo ibyo mu Budage. Ku wa Gatanu w’iki cyumweru ni bwo iyi kipe n’Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere (RDB) batangaje icyiciro gishya cy’imikoranire kigomba kwibanda ku guteza imbere impano z’abakiri bato, nyuma yo kuvugurura […]

Uwahoze ari Minisitiri muri Guverinoma ya RDC yinjiye muri M23

IMG 20220126

Paluku Kisaka Yereyere wahoze ari Minisitiri muri Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yinjiye mu mutwe wa AFC/M23 urwanya ubutegetsi bwa kiriya gihugu. Yereyere ukomoka mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, yabaye muri Guverinoma ya RDC nka Minisitiri w’Imibereho Myiza y’Abaturage, Kwishyira Hamwe ndetse n’Ibikorwa by’Ubutabazi. Uyu mugabo usanzwe ari umurwanashyaka w’Ishyaka PPRD rya Joseph […]

Confederation Cup: Rayon Sports yatomboye ikipe yo muri Tanzania

20250809 122830

Ikipe ya Rayon Sports yatomboye Singida Big Stars yo muri Tanzania, mu mikino y’irushanwa rya Total CAF Confederation ry’uyu mwaka. Tombola y’uko amakipe azahura muri iri rushanwa yabereye i Dar Es Salaam muri Tanzania. Rayon Sports na Singida bazahurira mu mukino ubanza hagati y’itariki ya 19 n’iya 21 Kanama, uwo kwishyura ube nyuma y’icyumweru kimwe. […]

Bujumbura: Ibura ry’amashanyarazi ryateje imfu z’impinja

1754734603632

Impinja zitaramenyekana umubare zapfuye kubera ibura ry’amshshanyarazi mu bitaro Prince Regent  Charles biherereye mu mujyi wa Bujumbura i Burundi. Ibi bije nyuma y’iminsi itatu ibice byinshi by’uyu mujyi biri mu icuraburindi, kubera ibura ry’amashanyarazi. Usibye impinja zapfiriye muri biriya bitaro, amakuru anavuga ko abantu bafite ababo mu buruhukiro bwa biriya bitaro na bo ku wa […]

Bayern Münich yasheshe amasezerano ya ‘Visit Rwanda’ 

AA1yzSWg

Ikipe ya Bayern Münich yo mu Budage ku wa Gatanu yasheshe amasezerano yari ifitanye n’u Rwanda agamije kurumenyekanisha biciye muri gahunda ya Visit Rwanda, impande zombi zinjira mu mikoranire mishya. Iyi kipe n’Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere (RDB), ku wa Gatanu bombi bemeje ko binjiye mu cyiciro cya kabiri cy’imikoranire kizibanda ku gushaka abakinnyi ba ruhago bakiri […]

Museveni yohereje mu kiruhuko cy’izabukuru ba Jenerali 7

20250809 072830

Perezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda akanaba Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’iki gihugu, ku wa Gatanu tariki ya 8 Kanama yayoboye umuhango wo kohereza mu za bukuru ba Jenerali barindwi bari bamaze igihe mu ngabo ze. Ni umuhango wabereye mu biro bya Perezida Museveni i Entebbe. Abashyizwe mu kiruhuko cy’izabukuru barimo Lt. Gen. Peter Elwelu wahoze […]

M23 yigaruriye uduce dushya muri Kivu y’Amajyepfo 

20250808 172931

Umutwe wa M23 kuri uyu wa Gatanu tariki ya 8 Kanama, wigaruriye uduce dushya two mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo wirukanyemo ihuriro ry’ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Sosiyete sivile yo muri Teritwari ya Walungu yemeje ko M23 yigaruriye Groupement ya Mulamba, muri iriya Teritwari. Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu […]

Abasirikare ba ‘Military Police’ ya RDF barimo ba Ofisiye basoje imyitozo ikaze

20250808 185247

Abasirikare bashinzwe imyitwarire myiza mu ngabo z’u Rwanda (Military Police) barimo ba Ofisiye 163 n’abandi bo mu bindi byiciro, kuri uyu wa Gatanu basoje imyitozo yo mu rwego rwo hejuru bari bamaze ibyumweru bitandatu bakorera mu kigo cya gisirikare cy’i Gako mu karere ka Bugesera. Ni imyitozo yakozwe ku bufatanye bw’Ingabo z’u Rwanda n’iza Qatar. […]

Abanyogosi, Imparata n’Abahebyi bazwiho gukora ubucukuzi butemewe bakomeje kubangamira ibidukikije

IMG 20250808 WA0004

Udutsiko tw’abantu barimo abiyita Abanyogosi, Imparata n’Abahebyi bakunze kugaragara mu bikorwa by’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro butemewe; turatungwa agatoki ku kuba turi mu bantu bamaze igihe babangamira ibidukikije. Aya mazina y’abangiza ibidukikije, ngo ahanini bayiyita iyo bamaze kwishimira ibyavuye mu musaruro w’amabuye y’agaciro na kariyeri baba bacukuye. Ikibazo cya bariya bantu cyagaragarijwe mu bukangurambaga Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha […]

Teta Sandra yafunguwe, asobanura icyamuteye kugonga Weasel

20250808 093416

Umunyarwandakazi Sandra Teta wari watawe muri yombi na Polisi ya Uganda nyuma yo kugonga umugabo we Douglas Mayanja uzwi mu muziki wa Uganda nka Weasel, yamaze kurekurwa. Ku mugoroba wo ku wa Kane tariki ya 7 Kanama ni bwo Teta yarekuwe; ahita ajya no gusura Weasel mu bitaro arwariyemo. Amafoto yashyizwe hanze n’ibitangazamakuru ndetse n’imbuga […]

Muzito wakunze gusaba urukuta hagati ya RDC n’u Rwanda mu bo Tshisekedi yashyize muri Guverinoma ye nshya

bitmap 1200 nocrop 1 1 20250702232300248280 Adolphe

Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yaraye ashyizeho Guverinoma nshya igizwe n’abaminisitiri 53. Muri iyi Guverinoma nshya na yo iyobowe na Minisitiri w’Intebe, Judith Suminwa Tuluka, Abaminisitiri benshi bagumanye imyanya bari basanganwe, abandi bahindurirwa imirimo; na ho bake mu bari basanzwe muri Guverinoma bayisohokamo. Itangazo umuvugizi wa Perezida Tshisekedi, Tina Salama […]

Prof. Munyaneza wayoboraga WASAC afunzwe akekwaho gusaba igitsina

depite omar munyaneza yagaragaje ko impinduka mu misoro zizatuma abasora boroherwa 2 89873 35ff7

Urwego rw’Igihugugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rwafunze Prof. Omar Munyaneza Omar wahoze ari umuyobozi w’Ikigo Gishinzwe Amazi, Isuku n’Isukura (WASAC) n’abandi bayobozi bakuru ba kiriya kigo, bakaba bakurikiranweho ibyaha birimo gusaba ishimishamubiri rishingiye ku gitsina. Munyaneza yayoboye WASAC kuva muri Nzeri 2023 kugeza mu kwezi gushize kwa Nyakanga, ubwo yasimburwaga ku buyobozi bwa kiriya kigo […]

U Bubiligi bwagiriye abaturage babwo inama yo kwirinda intara 6 za RDC

IMG 20220505 WA0045

Guverinoma y’u Bubiligi yasabye abaturage b’iki gihugu kwirinda gukorera ingendo zitari ngombwa mu ntara esheshatu zo mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, kubera umutekano muke ukomeje kuraharangwa. Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga mu itangazo yasohoye, yasabye Ababiligi kwirinda gukorera ingendo mu ntara zirimo Kivu y’Amajyaruguru, iy’Amajyepfo, Ituri, Tanganyika, Maniema na Tshopo. Iyi Minisiteri kandi yagaragaje […]

Uganda: Sandra Teta yatawe muri yombi 

IMG 20250807 WA0005 1

Polisi ya Uganda yatangaje ko yataye muri yombi Umunyarwandakazi Sandra Teta, imukekaho gukomeretsa ku bushake umugabo we akanaba n’umuhanzi Douglas Mayanja ‘Weasel’. Sandra Teta afungiye mu gace ka Kabalagala. Uyu mugore yatawe muri yombi mu gihe hari amakuru avuga ko yagonze Weasel ku bushake akamuvuna amaguru yombi, nyuma yo gushwanira mu gace ka Munyonyo. Umuvugizi […]

Burundi: Abagore ba ba Jenerali biganje mu Nteko Ishinga Amategeko nshya

61edf0df30646d4c02e07eb1 Armee Burundi

Abagore b’abasirikare n’abapolisi bo ku rwego rwa ba Jenerali na ba Colonel mu Burundi, biganje mu nteko ishinga amategeko nshya ya kiriya gihugu. Inteko icyuye igihe yari igizwe n’amashyaka arimo CNDD-FDD, CNL na UPRONA. Itegeko risanzwe riyigenga rivuga ko biro yayo igomba kugirwa n’abantu batatu bo mu mashyaka atandukanye, hashingiwe ku itegekoshinga ry’igihugu. Kuri ubu […]

Affaire y’amafaranga ya RDF: Mucyo Antha yiyongereye mu bafunzwe 

img 3528 3 84423

Biganiro Mucyo Antha wahoze ari umunyamakuru yiyongereye mu bantu bafunzwe bakurikiranweho amafaranga ya Minisiteri y’ingabo z’u Rwanda yanyereje. Amakuru avuga ko biganiro yafatiwe i Kampala muri Uganda aho yari yaragiye kureba imikino y’Igikombe cya Afurika guhuza abakinnyi bakina muri za shampiyona z’imbere mu bihugu byabo (CHAN), mbere yo kuzanwa ku mupaka wa Kagitumba aho yashyikiririjwe […]

Ingabo za Sudani zahanuye indege y’igihugu gikomeye yari itwaye abacanshuro b’abanya-Colombia

burhan 2 gty er

Igisirikare cya Sudani kurwanira mu kirere ku wa Gatatu cyahanuye indege yo muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu (UAE) yari itwaye abacanshuro b’abanya-Colombia, hicwa ababarirwa muri 40. Ni amakuru yatangajwe ku ikubitiro na Televiziyo y’igisirikare. Umwe mu basirikare ba Sudani utifuje gutangazwa amazina yabwiye Ibiro Ntaramakuru AFP by’Abafaransa ko iyo ndege yarashwe igashwanyagurizwa ku kibuga cy’indege […]

Loni yikoreje M23 imfu z’abarenga 300 bo muri Rutshuru ivuga ko bishwe muri Nyakanga

88c37120 e105 11ee 8ce7 5bef85a88551.jpg

Umuryango w’Abibumbye biciye mu biro byawo bishinzwe uburenganzira bwa muntu (UNJHRO), watangaje ko abantu ushinja umutwe wa M23 kwicira muri Kivu y’Amajyaruguru mu kwezi gushize bamaze kugera muri 319. Komiseri wa biriya biro, Volker Turk, kuri uyu wa Gatatu yatangaje ko abishwe barimo abagore 48 n’abana 19. Mu Cyumweru gishize UNJHRO yari yatangaje ko abishwe […]