AU yamaganye iyicwa rya George Floyd uherutse kwicwa n’umupolisi wa Amerika

Perezida wa Komisiyo y’Umuryango wa Afurika yunze ubumwe, Moussa Faki Mahamat, yamaganye urupfu rwa George Floyd, umwirabura witabye Imana ku wa mbere w’iki cyumweru yishwe n’umupolisi wa Amerika. Mu itangazo rigenewe abanyamakuru Faki yashyize ahagaragara kuri uyu wa gatanu, yavuze ko Komisiyo “yanze ibikorwa by’ivangura bikomeje gukorerwa abirabura bo muri Leta zunze ubumwe za Amerika. […]

Abasirikare batatu mu bashinjwaga guhohotera abaturage ba Bannyahe bafunguwe

Urukiko rwa gisirikare rwa Kanombe, kuri uyu wa gatanu rwategetse ko abasirikare batatu muri batanu bashinjwaga ibyaha birimo gufata ku ngufu abagore batatu no gukubita abaturage bo mu Kagari ka Kangondo ya mbere, mu murenge wa Remera w’akarere ka Gasabo barekurwa. Ni nyuma y’uko abaregwa bose bari bajuririye igifungo cy’iminsi 30 bari bahawe n’urukiko. Abasirikare […]

Impamvu Rayon Sports ishobora kuzaba iciriritse mu mwaka utaha

Mu gihe shampiyona y’umupira w’amaguru mu Rwanda 2019/20 yamaze gusozwa APR FC igahabwa igikombe, amakipe atandukanye atarimo Rayon Sports yamaze gutangira gutekereza ku mwaka utaha w’imikino yatangiye kuwitegura. Ni umwaka abakurikiranira hafi basanga ushobora kuzaba mubi cyane kuri Rayon Sports, kuruta inzira z’amahwa iyi kipe yagiye inyuramo kuva yashingirwa i Nyanza mu majyepfo, mu myaka […]

Uko Jenoside yakajije umurego mu majyepfo y’igihugu, Inkotanyi zikomeza kubohora ibice bitandukanye

Amatariki y’impera za Gicurasi 1994 yaranzwe n’ingufu ingabo za FPR-INKOTANYI zashyize mu gukora ibishoboka byose ngo zihutishe ihagarikwa rya Jenoside yakorerwaga Abatutsi, ariko ku ruhande abicanyi na bo bashyira imbaraga mu kwihutisha iyicwa ry’Abatutsi bari bakihishe hirya no hino mu bice ingabo za FPR-Inkotanyi zitari zakabohoye byiganjemo iby’Amajyepfo y’igihugu. Iyicwa ry’Abatutsi barenga 500 bavanwe mu […]

Rwanda: Abayobozi bakuru 9 bakuwe mu myanya mu mezi atatu, ni iki kibyihishe inyuma?

Kuva muri Gashyantare uyu mwaka, abayobozi bagera ku icyenda bamaze kwirukanwa, gusimburwa muri Guverinoma y’u Rwanda no mu zindi nzego zitandukanye z’igihugu, bazira amakosa atandukanye bakoze ubwo bari bagikora inshingano bashinzwe. Abirukanwe ku ikubitiro amakosa bazize yashyizwe ku karubanda, mu gihe abaheruka gukurwa ku mirimo amakosa bakoze yiswe “Ibyo bagomba kubazwa bakurikiranweho”, nk’uko bigaragara mu […]

Gen. ‘Tango Four’ wari Perezida wa AS Vita Club yeguye ku murimo ye

Général Major Gabriel Amisi Kumba uzwi nka “Tango Four” yeguye ku nshingano zo kuba Perezida w’ikipe ya AS Vita Club y’i Kinshasa muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yari amaze igihe abereye umuyobozi. Gen. Tango Four yari amaze imyaka 13 ari Perezida w’iyi kipe. Umuvugizi we, Dr Patrice Nowa, ni we wemeje amakuru y’ubwegure bwe […]

Uko gahunda “Auto-Défense Civile” Habyarimana yatangije yihutishije ishyirwa mu bikorwa rya Jenoside

Gahunda yiswe “Auto-défense civile”, ni imwe mu zafashije cyane gushobora kwica Abatutsi barenga miliyoni mu mezi atatu, nyuma yo gutangizwa na Perezida Juvénal Habyarimana mbere gato y’uko Jenoside itangira. Ni gahunda cyangwa igikorwa cyakoreshejwe cyane mu kwica abatutsi hose mu gihugu, ariko igeragezwa ryacyo ryatangiriye mu yahoze ari Perefegitura ya Byumba na Ruhengeri. “Auto-defense civile” […]

Eric Rutanga wari Kapiteni wa Rayon Sports yerekeje muri Police FC

Eric Rutanga wari Kapiteni w’ikipe ya Rayon Sports, yamaze gutandukana na yo yerekeza muri Police FC aba umukinnyi wa gatanu utandukanye n’iyi kipe. Rutanga ukina inyuma ku ruhande rw’ibumoso, yari umukinnyi wa Rayon Sports kuva muri 2016, nyuma yo kuyigeramo avuye muri mukeba wayo, APR FC. Police FC yamusinyishije imyaka ibiri, imutwaye ikipe ya Young […]

Abasirikare ba Uganda barashe aborozi batatu b’aba Karamojong

Ku wa gatatu tariki ya 27 Gicurasi, abasirikare ba Uganda barashe aborozi batatu bo mu bwoko bw’aba Karamojong, nyuma y’urufaya rw’amasasu rwasakiranyije impande zombi. Karamajong ni ubwoko bw’abantu bivugwa ko bimukiye muri Uganda mu myaka ya 1600 bavuye muri Ethiopia, bakaba batuye mu ntara ya Karamoja iri mu majyaruguru ashyira Uburasirazuba bwa Uganda. Amateka agaragaza […]

Ubukangarumbaga bwakozwe mu bahutu mu byatije umurindi Jenoside yakorewe Abatutsi

Ku itariki nk’iyi mu myaka 26 ishize, Jenoside yakorewe Abatutsi yari yaratangiye guhagarikwa mu bice byinshi ingabo za FPR-Inkotanyi zari zaramaze gufata, gusa hari ibice yari igikorwamo ku buryo byanatumye Leta yayikoraga ikora byose kugira ngo yihutishwe. Komisiyo y’igihugu yo kurwanya Jenoside CNLG, isobanura ko hagati y’itariki ya 25 n’iya 30 Gicurasi, Leta yari iyobowe […]

Kabuga yavuze ko ibyaha ashinjwa ari ‘Ibinyoma’

Umunyemari Kabuga Felicien uheruka gutabwa muri yombi ashinjwa kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi, yavuze ko ibyaha ashinjwa byose ari ‘ibinyoma’. Uyu mukambwe ashinjwa ibyaha birindwi byose bifitanye isano na Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Ubwo Kabuga w’imyaka 84 (we avuga ko afite 87) yagezwaga imbere y’urukiko rw’i Paris kuri uyu wa gatatu, yavuze ko […]

Nkurunziza Jean Paul wari umuvugizi wa Rayon Sports yeguye

Kuri uyu wa gatatu Nkurunziza Jean Paul wari umuvugizi w’ikipe ya Rayon Sports, yeguye ku mirimo ye mu gihe muri iyi kipe havugwamo uruhuri rw’ibibazo. Inkuru y’ubwegure bwa Nkurunziza yemejwe n’umwe mu bayobozi ba Rayon Sports, mu kiganiro na Fun Club. Yagize ati”Ni byo Jean Paul yeguye ku mirimo ye. Yabivuze ariko ubuyobozi ntacyo bwari […]

Amerika: Umwirabura wapfuye atsikamiwe ku gakanu n’umupolisi yateje impagarara

Amagana y’Abanyamerika bigabije imihanda, bamagana urupfu rw’umugabo w’umwirabura wishwe n’umupolisi w’umuzungu amutsikamiye ku gikanu, nk’uko bigaragara mu mashusho yasakaye ku mbuga nkoranyambaga. Amashusho yafashwe agaragaza uwo mwirabura witwa George Floyd ataka cyane ubwo yari atsikamiwe n’uwo mupolisi, amutakambira amusaba kumuvaho kuko yavugaga ko adashobora ‘guhumeka’. Byabaye ku mugoroba wo ku wa mbere w’iki cyumweru, muri […]

Kimenyi Yves yabaye umukinnyi wa kane utandukanye na Rayon Sports

Kimenyi Yves wari umaze umwaka umwe ari umuzamu wa Rayon Sports, yamaze gutandukana na yo yerekeza muri mukeba wayo, Kiyovu Sports. Kimenyi usanzwe ari n’umuzamu w’ikipe y’igihugu Amavubi, yari asigaje umwaka umwe muri Rayon Sports, dore ko yari yarayisinyiye amasezerano y’imyaka ibiri akiyijyamo mu mpeshyi y’umwaka ushize nyuma yo kwirukanwa na APR FC. Kiyovu Sports […]

Jabo Paul wari Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Intara y’Amajyepfo yirukanwe ku mirimo

Minisitiri w’Intebe, Dr Edouard Ngirente, yirukanye ku mirimo JABO Paul wari Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Intara y’amajyepfo “kubera ibyo agomba kubazwa akurikiranweho”. Itangazo ryatanzwe n’ibiro bya Minisitiri w’Intebe, rivuga ko Jabo hari ibyo agomba kubazwa akurikiranweho, n’ubwo bitigeze bitangazwa. Ibiro bya Minisitiri w’Intebe byasohoye irindi tangazo rimenyesha Gakire Bob wakoraga mu rwego rw’igihugu rw’imiyoborere (RGB) ko ari […]

U Rwanda ntirwemeranya na Amerika n’Ubwongereza ku bijyanye no kwibuka Abahutu

Leta y’u Rwanda ntivuga rumwe n’ibihugu bya Leta zunze ubumwe za Amerika n’Ubwongereza, ku cyifuzo cyabyo cy’uko Abahutu bishwe mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi bajya bibukwa. Muri 2018, Inteko rusange y’Umuryango w’Abibumbye yemeje ko tariki ya 7 Mata iba umunsi mpuzamahanga wo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Kwemeza iyi tariki byari bigamije “gukosora […]

Perezida Kagame yaba azinjira mu kinamico Rayon Sports isaba ko yinjiramo?

Kuva mu ntangiriro za 2020 izina Rayon Sports rikomeje kugaruka mu itangazamakuru no mu bakunzi b’umupira w’amaguru hano mu Rwanda, kubera isinzi ry’ibibazo bikomeje kuvugwa muri iyi kipe ifite igikundiro kurusha izindi hano mu Rwanda. Munyakazi Sadate uri mu bavugwa cyane muri ibi bibazo abigereranya n’Ikinamico. ku munsi wejo mu nyakazi yatangarije igihe ko ntawabuza […]

Gatabazi yasabye imbabazi Perezida Kagame na FPR-Inkotanyi nyuma yo kwirukanwa

Gatabazi Jean Marie Vianey wari umaze imyaka igera kuri itatu ari Guverineri w’Intara y’Amajyaruguru, yasabye imbabazi Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, umuryango wa RPF-Inkotanyi n’Abanyarwanda muri rusange ku makosa yakoze. Mu ijoro ryakeye ni bwo Minisitiri w’Intebe, Dr Edouard Ngirente yatangaje ko Guverineri Gatabazi na mugenzi we Emmanuel Gasana wayoboraga Intata y’Amajyepfo bahagaritswe, “Kubera ibyo […]

Munyakazi Sadate na Komite yari ayoboye birukanwe muri Rayon Sports

Ubuyobozi bw’umuryango wa Rayon Sports, bwatangaje ko bwamaze guhagarika ku mirimo ubuyobozi bw’ikipe ya Rayon Sports isanzwe ari igikorwa cyawo muryango, nyuma yo gusanga hari amakosa akomeye komite y’iyi kipe yakoze. Ni icyemezo nyobozi y’umuryango wa Rayon Sports yafashe, nyuma y’inama yahuje abayigize ku wa gatandatu tariki ya 23 Gicurasi 2020. Nta makosa yakozwe na […]

Abahakanyi ba Jenoside yakorewe Abatutsi bari mu rugamba rwo kubeshya ko bacitse ku icumu

Mu gihe kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi bigikomeje ndetse Isi ikaba ikomeje gushakisha bamwe mu bayiteguye bakanashyira mu bikorwa, Komisiyo y’igihugu yo kurwanya Jenoside (CNLG) iravuga ko hari udutsiko dupfobya kandi duhakana Jenoside gushyira imbaraga ku mbuga nkoranyambaga mu gukwirakwiza ibinyoma. CNLG ivuga ko kimwe mu bikorwa bihakana Jenoside yakorewe Abatutsi cyatambutse kuri izo mbuga ari […]

Rayon Sports yiyambaje Perezida Kagame ngo ayifashe gukemura ibibazo biyirimo

img-20200525-wa0028.jpg

Ubuyobozi bw’ikipe ya Rayon Sports, bwandikiye Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, bumusaba kubufasha ibibazo uruhuri byugarije iyi kipe. Mu ibaruwa y’amapaji and Munyakazi Sadate uyobora iyi kipe yandikiye Perezida Kagame, yamubwiye ko muri Rayon Sports harimo itsinda ry’abantu bamurwanya kubera ko ayishakira ibyiza, gusa ko ibi byose bikaba byaratangiye ubwo yavumburaga amakosa bagiye bakora anashaka […]

Rucagu yahishuye uko abo mu muryango wa Kabuga bamusabye kumuvuganira kuri perezida Kagame

Rucagu Boniface uri mu bagize Urwego rw’Igihugu Ngishwanama rw’Inararibonye, yahishuye ko Kabuga Felesiyani ushinjwa uruhare rukomeye muri Jenoside yakorewe Abatutsi yahoze ari umuntu mwiza, gusa akaza guhinduka nyuma y’uko yari amaze gushyingira Juvenal Habyarimana. Rucagu ni umwe mu Banyarwanda bake bashoboye gukorera Repubulika ya kabiri, magingo aya bakaba akiri muri Guverinoma y’Ubumwe bw’Abanyarwanda. Yabaye Perefe […]

Amerika yakumiriye ku butaka bwayo abanyamahanga baturutse muri Brésil

Leta zunze ubumwe za Amerika zakumiriye ku butaka bwazo abanyamahanga bose baturutse muri Brésil bamaze iminsi 14 bahaba. Ni nyuma y’uko bigaragaye ko umubare w’abanduye Coronavirs muri Brésil ukomeje gutumbagira, aho ababarirwa mu 320,000 ari bo banduye kiriya cyorezo, na ho abarenga 22,000 kikaba cyarabishe. Ibi bishyira Brésil ku mwanya wa kabiri ku Isi mu […]

Bisi ya Rayon Sports igiye gutezwa cyamunara

Company icuruza imodoka ya “Akagera Motors”, igiye kugurisha mu cyamunara imodoka nini (Bisi) yari yaragurishije ikipe ya Rayon Sports, nyuma y’uko iyi kipe inaniwe kwishyura amafaranga yari yarasigaye iyigura. Mu Ugushyingo 2018 ni bwo iyi modoka yamuritswe, nyuma y’uko Rayon Sports yumvikanye n’Akagera kuyigura abarirwa muri 100,000,000Rwf. Mu gikorwa cyo kumurika iyi modoka, Muvunyi Paul […]

Tanzania: Iperereza ryagaragaje ko imashini yifashishwaga mu gupima Covid-19 ifite ikibazo

Minisiteri y’ubuzima mu gihugu cya Tanzania, yatangaje ko iperereza Guverinoma y’iki gihugu yakoreye muri Laboratwari y’igihugu ryagaragaje ko imashini yifashishwaga mu gupima Coronavirus ifite ikibazo. Minisitiri w’Ubuzima muri iki gihugu, Dr Ummy Mwalimu, yatangaje ko iperereza ryakozwe nyuma y’aho Perezida John Pombe Magufuli agize amakenga ku mikorere y’imashini zifashishwa mu gupima Covid-19. Mu minsi yashize […]

Tanzania: Umuyobozi wa Dar es Salaam yahamagariye abaturage kwishimira irangira rya Covid-19

Paul Makonda, umuyobozi w’Umujyi wa Dar es Salaam uruta iyindi yo muri Tanzania mu bunini, yahamagariye abaturage ba Tanzania kwigabiza imihanda bishimira irangira ry’icyorezo cya Covid-19. Uyu mutegetsi yasabye amaduka kugabanya ibiciro kugeza kuri 80%, mu rwego rwo korohereza abifuza kugura imyenda myiza yo guserukana mu birori byo kwishimira irangira rya Covid-19. Gusa n’ubwo Makonda […]

Irambona wari umaze imyaka hafi umunani muri Rayon Sports yerekeje muri Kiyovu

Myugariro Irambona Gisa Eric wari umaze imyaka igera ku munani akinira ikipe ya Rayon Sports, yamaze gutandukana na yo yerekeza muri mukeba wayo, Kiyovu Sports. Uyu musore ukina inyuma ku ruhande rw’ibumoso wari usanzwe ari Visi-Kapiteni wa Rayon Sports, yasinye amasezerano y’imyaka ibiri muri Kiyovu Sports. Ni umwe mu bakinnyi bakuru Rayon Sports yari ifite, […]

RDC: Inyeshyamba z’Abatwa zirenga 30 zashyize intwaro hasi

Inyeshyamba 35 z’Abatwa zashyize intwaro hasi, zishyikiriza abayobozi bo mu gace ka Muhuyu ho muri Teritwari ya Nyunzu, mu ntara ya Tanganyika iherereye mu Majyepfo ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Izi nyeshyamba zafashe icyemezo cyo gushyira intwaro hasi ku wa gatanu tariki ya 21 Gicurasi, ziyemeza guhuza imbaraga n’abari kurwana no kugarura amahoro muri […]

Ba maneko ba Zambia bafatiwe ku butaka bwa RD Congo

Abanya-Zambia babiri bari mu maboko y’inzego zishinzwe umutekano za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kuva ku wa 17 Gicurasi, nyuma yo gufatirwa ku butaka bw’iki gihugu ahitwa Moba ho mu ntara ya Tanganyika. Umuyobozi wa Territoire ya Moba, Didier Mumbere, yabwiye Radio Okapi ko bariya bantu bavuze ko ari abapolisi ba Zambia, bakaba barinjiye ku […]

Bidasubirwaho APR FC yegukanye igikombe cya 18 cya shampiyona

Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru hano mu Rwanda Ferwafa, ryemeje ko ikipe ya APR FC yegukanye igikombe cya shampiyona y’u Rwanda y’umwaka wa 2019/2020, nyuma yo gusoza shampiyona iyi kipe iri imbere y’izindi. Ni igikombe cya 18 iyi kipe y’ingabo z’igihugu yegukanye kuva yatangira gukina shampiyona y’ikiciro cya mbere mu 1995. Shampiyona y’u Rwanda isubitswe igeze ku […]

Pakistan: Abakabakaba 100 baguye mu mpanuka y’indege

Indege ya Sosiyete Mpuzamahanga ya Pakistan ikora ubwikorezi bwo mu kirere yari itwaye abagenzi babarirwa mu 100, yakoreye impanuka mu gace gatuwe n’abantu benshi gaherereye hafi y’ikibuga cyo mu mujyi wa Karachi mu majyepfo ya Pakistan. Umuyobozi w’Umujyi wa Karachi, Wassim Akhtar, yatangaje ko uretse kuba iriya ndege yashenye inzu ziri hagati y’eshanu n’esheshatu, abari […]

Perezida wa Rayon Sports yagaragarije RGB uruhuri rw’ibibazo byugarije ikipe

Perezida w’ikipe ya Rayon Sports, Munyakazi Sadate, yandikiye Urwego rw’igihugu rw’imiyoborere (RGB) arumenyesha uruhuri rw’ibibazo byugarije iyi kipe bituma ihoramo ubwumvikane buke. Mu ibaruwa ndende Sadate yandikiye ruriya rwego, yagaragaje ko ibibazo Rayon Sports imazemo imyaka itari mike byatewe n’abashatse gushimuta iyi kipe guhera muri 2013, kugera magingo aya bakaba bagifite uwo mugambi. Mu bo […]

Abasirikare ba Uganda bishe abaturage babanje guhanganira mu rwuri rwa Komanda w’Inkeragutabara

Mu ijoro ryakeye abaturage bane ba Uganda barashwe n’abasirikare b’iki gihugu barapfa abandi umunani barakomereka, nyuma yo guhangana n’abasirikare barinda ifamu ya Lt Gen Charles Oweny Otema uyobora inkeragutabara za Uganda. Amakuru avuga ko abarashwe bari bamaze imyaka irenga 10 bafitanye amakimbirane na Gen. Otema, bapfa ubutaka buri wese yemeza ko ari ubwe. Gen. Otema, […]

RD Congo: Abarwanyi b’umutwe wa CNRD wiyomoye kuri FDLR bayamanitse

Abarwanyi umunani b’umutwe wa CNRD wiyoboye kuri FDLR, bashyize intwaro hasi bahitamo kwishyikiriza ingabo za MONUSCO zikorera mu gace ka Sange kari mu kibaya cya Ruzizi ho mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo. Amakuru avuga ko bari batututse ahitwa Ndjoleka, ku birometero 13 uvuye mu burengerazuba bw’umujyi wa Sange ahabarizwa abarwanyi babarirwa muri 200 b’uriya mutwe. […]

Abantu batandatu ni bo bagaragayeho Covid-19 kuri uyu wa kane

Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda kuri uyu wa 21 Gicurasi 2020 yatangaje ko hagaragaye abantu batandatu bashya banduye Covid-19 mu bipimo 1,083 byafashwe. Abakize iki cyorezo bageze kuri 217 barimo umwe wabonetse uyu munsi. Muri rusange abamaze kugaragaraho iki cyorezo muri iki gihugu ni 320, 103 muri bo bakaba bakirwaye.

Museveni yatsinze urubanza yarezwemo gukumira kuri Twitter umufana wa Bobi

Ishami rishinzwe imanza z’imbonezamubano mu Rukiko Rukuru rw’i Kampala, ryemeje ko Perezida Yoweri Kaguta Museveni afite uburenganzira bwo kuba yarakumiriye kuri Twitter umufana wa Robert Kyagulanyi uzwi nka Bobi Wine wari wabimuregeye. Mu minsi ishize ni bwo umufana wa Bobi Wine witwa Hillary Innocent Sseguya, umunyeshuri muri Kaminuza ya Havard muri Amerika, yajyanye Perezida mu […]

Tanzania irashinja Kenya guhimba abanduye Covid-19 igamije kwangiza ubukerarugendo bwayo

Leta ya Tanzania yashinje Kenya baturanye guhimba imibare y’abashoferi bayo batwara amakamyo bagaragayeho icyorezo cya Covid-19 ku mupaka wa Namanga ugabanya ibihugu byombi, ibyo Tanzania ivuga ko ari ibinyoma bigamije gusiga isura mbi ubukerarugendo bwayo. Ni ibyemejwe n’umuyobozi w’akarere ka Arusha, Mrisho Gambo, mu itangazo yasohoye avuga ko abashoferi Kenya yemeje ko banduye Covid-19 Tanzania […]

Kabuga yasabiwe kuba agiye gufungirwa i La Haye aho kuzanwa Arusha

Ubushinjacyaha bw’Urwego rwasigariyeho Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha rwashyiriweho u Rwanda IRMCT, bwasabye ko Kabuga Félicien ushinjwa kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi aba agiye gufungirwa i La Haye mu Buholandi aho kuzanwa i Arusha muri Tanzania. Mu ibaruwa umushinjacyaha mukuru wa IMRCT, Serge Brammetz yandikiye Perezida wayo, Carmel Agius, yamusabye ko hagira ibihindurwa mu mpapuro zo […]

Samson Babuwa yerekeje muri Kiyovu Sports

Umunya Nigeria Samson Babuwa wakiniraga ikipe ya Sunrise yo mu karere ka Nyagatare, yamaze gutandukana na yo burundu yerekeza muri Kiyovu Sports. Uyu mugabo ukina asatira izamu yari yaramaze gusezera abayobozi n’abakunzi ba Sunrise yari amaze imyaka ine akinira, icyari gisigaye kikaba cyari kumenya ikipe nshya agomba kwerekezamo. Amakuru avuga Babuwa yasinyanye na Kiyovu Sports […]

Nyaruguru: Mu byumweru 2 gusa hafashwe abagoronome batatu bakekwaho kunyereza imbuto n’ifumbire

Kuri uyu wa 19 Gicurasi mu ijoro, hafashwe Nyandwi Joseph, agoronome w’umurenge wa Kivu, mu karere ka Nyaruguru, ahita ashyikirizwa Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB. Abaye agoronome w’umurenge wa 3 ukurikiranyweho icyo cyaha nyuma y’uwa Nyabimata wafashwe kuwa 16 n’uwa Ruheru wafashwe kuwa 6 Gicurasi. Umuyobozi w’akarere ka Nyaruguru, Francois Habitegeko yemeye ibyaya makuru y’itabwa muri […]

Amakipe y’i Kigali yatangiye kugura abakinnyi ba Mukura VS yugarijwe n’ubukene

Ikipe ya Mukura Victory Sports et Loisirs ikomeje kuvugwamo ibibazo by’ubukene, yatangiye gutakaza bamwe mu bakinnyi bayo b’inkingi za mwamba berekeza mu makipe yo mu mujyi wa Kigali. Amakuru avuga ko iyi kipe yo mu karere ka Huye imaze amezi arindwi idahemba abakinnyi bayo kubera ubukene, bwanatumye Nizeyimana Olivier wari perezida wayo yegura ku mirimo […]

L’ONU yateguje Abanyafurika ubukene bukomeye bushobora kubashegesha

Umunyamabanga mukuru w’Umuryango w’abibumbye, Antonio Guterres, yagaragaje impungenge z’uko icyorezo cya Covid-19 gishobora gutuma ubusumbane n’ubukene ku mugabane wa Afurika byiyongera. Ni mu itangazo rigenewe itangazamakuru Guterres yasohoye kuri uyu wa gatatu. Umunyamabanga mukuru w’Umuryango w’abibumbye yagaragaje ko n’ubwo umugabane wa Afurika wakoze byose mu kwirinda ikwirakwira ry’icyorezo, bidakuyeho ko amamiliyoni y’Abanyafurika bashobora kuzasigara mu […]

Tanzania yongeye kwanga kwitabira inama ya EAC ivuga kuri Covid-19

Igihugu cya Tanzania kuri uyu wa kabiri, cyongeye kwanga kwitabira inama y’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba yiga kuri Covid-19, nyuma yo kutagaragara no mu yindi nka yo iheruka guhuza abakuru b’ibihugu bigize uyu muryango. Mu cyumweru gishize ni bwo abakuru b’ibihugu bya EAC barimo Paul Kagame w’u Rwanda, Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda, Uhuru Kenyatta wa […]

Kabuga yagejejwe imbere y’ubushinjacyaha acungiwe umutekano udasanzwe

img-20200519-wa0012.jpg

Kuri uyu wa kabiri umunyemari Kabuga Felicien ushinjwa kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi, yagejejwe imbere y’ubushinjacyaha bw’Ubufaransa nyuma y’iminsi itatu afatiwe muri iki gihugu. Amwe mu mafoto yafashwe yerekana imodoka yari itwaye Kabuga ubwo yerekezaga ku rukiko, icungiwe umutekano udasanzwe na Polisi y’Ubufaransa. Ni na ko byagenze akigezwa ku rukiko, kuko hose hari hazengurutswe […]

Lesotho: Minisitiri w’Intebe ushinjwa kwica umugore we yeguye ku mirimo ye

Minisitiri w’intebe wa Lesotho, Thomas Thabane ushinjwa kwica uwari umugore we, yatangaje ko yeguye ku mirimo ye nyuma y’igihe yari amaze ku gitutu cy’abamusabaga kwegura. Mu ijambo yagejeje ku baturage ba Lesotho ryatambutse kuri Televiziyo y’igihugu, yavuze ko igihe cye cyo gusezera burundu muri Politiki kigeze, nyuma y’imyaka myinshi yari amaze ari umuyobozi muri kiriya […]

Karekezi Olivier yagarutse gutoza muri shampiyona y’u Rwanda nk’umutoza wa Kiyovu

Ikipe ya Kiyovu Sports yamaze kumvikana na Karekezi Olivier, imusinyisha amasezerano yo kuyibera umutoza mukuru mu myaka ibiri iri imbere. Ni nyuma y’uko impande zombi zari zimaze igihe mu biganiro byatangiye mu kwezi gushize. Amakuru avuga ko amasezerano ya Kiyovu Sports na Karekezi azatangira gushyirwa mu bikorwa ku wa 01 Nyakanga. Imwe mu ngingo ikubiye […]

AU yishimiye ifatwa rya Kabuga ugezwa imbere y’ubutabera kuri uyu wa kabiri

Ubuyobozi bw’umuryango wa Afurika yunze ubumwe, bwatangaje ko bwishimiye ifatwa ry’umunyemari Kaguba Felesiyani ugezwa imbere y’ubutabera kuri uyu wa kabiri, buvuga ko rikwiye kwibutsa ibihugu kongera imbaraga mu guhiga n’abandi bakekwaho kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi. Ni mu itangazo uyu muryango wasohoye binyuze muri Perezida wa Komisiyo yayo, Moussa Faki Mahamat. Uyu muyobozi yavuze […]

Kwibuka26: Abana bato bifashishijwe mu kwica bagenzi babo b’Abatutsi

Ku munsi nk’uyu w’itariki ya 18 Mata mu 1994, Leta yari ikomeje umugambi wayo mubisha wo gutsemba Abatutsi hirya no hino mu gihugu. Kuri iyi tariki ya 18 gicurasi 1994, Jenoside yari yaramaze guhitana Abatutsi benshi hose mu gihugu, hasigaye ahantu hake aho bari bakirwanaho cyangwa se batarabica bose kubera impamvu zitandukanye. Komisiyo y’igihugu yo […]

Sudani y’Amajyepfo: Abategetsi barindwi biganjemo abasirikare bakomeye bapfuye mu munsi umwe

Mu cyumweru gishize abategetsi barindwi bo muri Sudani y’Amajyepfo biganjemo abasirikare bakomeye, bitabye Imana mu gihe cy’amasaha 24 bazize icyo Leta ya kiriya gihugu yise “uburwayi bw’igihe gito”. Ikinyamakuru South Sudan News Now cyanditse ko bariya bantu uko ari barindwi bapfuye hagati ya saa kumi z’igicamunsi cy’itariki 13 Gicurasi na saa yine z’igitondo cy’itariki ya […]

Nyaruguru: Agoronome akurikiranweho kunyereza imbuto n’ifumbire by’abaturage

Agoronome w’umurenge wa Nyabimata, mu Karere ka Nyaruguru, Gilbert Bikorimana, kuva kuwa 16 Gicurasi ari mu maboko ya RIB aho akurikiranyweho icyaha cyo kunyereza imifuka 15 y’ibirayi by’imbuto, ihwanye na toni imwe n’igice n’indi mifuka y’ifumbire mvaruganda 12, ihwanye n’ibilo 600, byose byagenewe abaturage. Umuyobozi w’akarere ka Nyaruguru, Francois Habitegeko, avuga ko nyuma yo guhabwa […]

Tanzania yihoreye kuri Kenya na yo ifunga imipaka ibahuza

Leta ya Tanzania kuri iki cyumweru yafunze imipaka iyihuza na Kenya ku makamyo yose atwara ibicuruzwa, nyuma y’amasaha make Kenya ifunze imipaka yayo kubera ubwiyongere bw’icyorezo cya Covid-19. Minisitiri w’Ubuzima muri Tanzania, Dr Ummy Mwalimu, yavuze ko ibicuruzwa by’Abanya Tanzania biturutse muri Kenya ari byo bizajya byemererwa kwinjira muri Tanzania nyuma yo gupakirirwa ku mupaka. […]

Abakozi bo mu nzego z’ubuzima bakoreye Jenoside muri Kigali

Mu bitaro no mu bigo nderabuzima binyuranye byo mu Rwanda, hiciwe Abatutsi benshi, bicwa nabi kandi byose bitegurwa na bamwe mu baganga, abaforomo n’abandi bakozi b’ibitaro n’amavuriro bari mu buyobozi bwabyo. Nyuma ya Jenoside, benshi muri abo baganga bakoze Jenoside batorotse ubutabera. Kuri bamwe muri bo Urwego Rukuru rw’Ubushinjacyaha rwatanze impapuro zisaba kubashakisha bagashyikirizwa ubutabera, […]

Umuti Perezida wa Madagascar yemeje ko uvura Covid-19 wageze muri Nigeria

Igihugu cya Nigeria binyuze muri Perezida wacyo, Muhammadu Buhari, cyakiriye ku muti wa Covid-Organics wakozwe na Madagascar yemeza ko uvura icyorezo cya Covid-19. Perezida Buhari yakiriye uyu muti awushyikirijwe na mugenzi we wa Guinée Bissau, Umaro Sissoco Embaló. Iyi Guinée Bissau na yo iri mu bihugu byasabye Madagascar Covid-Organics ngo biyifashishe kuvura abaturage babyo Coronavirus. […]

Uganda: Umukozi wa ISO akurikiranweho guhimba ibinyoma byerekeye u Rwanda

Simon Odongo wahoze ashinzwe ikoranabuhanga mu rwego rushinzwe umutekano w’imbere muri Uganda (ISO), ari gukorwaho iperereza ku ruhare yagize mu gucura ibinyoma bishinja abacuruzi bakomeye n’Abaminisitiri ba Uganda gukorana n’u Rwanda bagamije guhirika Museveni. Odongo afungiye muri gereza ya gisirikare ya Makindye, nyuma yo gutabwa muri yombi n’igisirikare cya Uganda mu cyumweru gishize. Akurikiranweho ibyaha […]

Uruhare rw’abakoraga mu nzego z’ubuzima mu ntara y’amajyaruguru, Iburasirazuba n’Uburengerazuba muri Jenoside

Mu bitaro no mu bigo nderabuzima binyuranye byo mu Rwanda, hiciwe Abatutsi benshi, bicwa nabi kandi byose bitegurwa n’abaganga n’abandi bakozi b’ibitaro n’amavuriro bari mu buyobozi bwabyo. Ibyo byerekana ko abari bashinzwe kuvura abantu batatiye igihango cy’umwuga wabo, n’ukuntu Jenoside yakorewe Abatutsi yabaye icyaha ndengakamere aho abaganga n’abaforomo bareka umwuga wabo wo kurengera ubuzima bagahitamo […]

Eritrea yabaye igihugu cya gatatu cya Afurika gisezereye abarwayi bose ba Covid-19 mu bitaro

Igihugu cya Eritrea cyamaze kwibohora icyorezo cya Covid-19, nyuma y’uko abari bakirwaye bose mu gihugu bamaze gukira 100%. Itangazo Minisiteri y’ubuzima muri Eritrea yasohoye ejo ku wa 15 Gicurasi, rivuga ko abarwayi ba Coronaviruscan 39 bari bagaragaye muri iki gihugu bose bamaze gukira. Iyi Minisiteri yagize iti” Umurwayi umwe wari usigaye yakize neza nyuma yo […]

U Rwanda na Tanzania byakuyeho icyemezo cyo guhinduranya abashoferi b’amakamyo

Inama yahuje abayobozi ku ruhande rwa Tanzania n’u Rwanda, yanzuye ikurwaho ry’icyemezo cyari cyarafashwe na Leta y’u Rwanda cy’uko umushoferi uvanye ibicuruzwa muri Tanzania abizanye mu Rwanda ataba ari we ubihageza, nyuma yo kutishimirwa n’abashoferi bo muri Tanzania. Ni inama yabaye ku wa gatanu tariki ya 15 Gicurasi 2020 hifashishijwe ikoranabuhanga, ikaba yari igamije gushakira […]

U Bubiligi: Waasland Beveren ya Djihad Bizimana yamanutse mu cyiciro cya kabiri

Ikipe ya Waasland Beveren ikinamo Umunyarwanda Bizimana Djihad, yamanutse mu cyiciro cya kabiri nyuma y’uko shampiyona y’ikiciro cya mbere mu Bubiligi yasojwe iyi kipe iri ku mwanya wa nyuma. Ni shampiyona yasojwe habura umukino umwe ngo umwaka usanzwe urangire. Ikipe ya Club Brugge yari iyoboye urutonde rwa shampiyona ni yo yahise ihabwa igikombe cya shampiyona, […]

Abakozi bo mu nzego z’ubuzima bakoreye Jenoside mu turere tw’Intara y’Amajyepfo

Mu bitaro no mu bigo nderabuzima binyuranye byo mu Rwanda, hiciwe Abatutsi benshi, bicwa nabi kandi byose bitegurwa n’abaganga n’abandi bakozi b’ibitaro n’amavuriro bari mu buyobozi bwabyo. Nyuma ya Jenoside, abaganga bakoze Jenoside batorotse ubutabera. Kuri bamwe muri bo Urwego Rukuru rw’Ubushinjacyaha rwatanze impapuro zibafata, ubu bakaba bari mu bashakishwa na Interpol. Gusa bose bageze […]