Fiji ivuga ko ntaho ihuriye n’Umunyarwanda wanduye Coronavirus

Minisitiri w’Ubuzima mu Birwa bya Fiji, Dr. Ifereimi Waqainabete, yahakanye amakuru avuga ko hari Umunyarwanda wanduriye Coronavirus muri kiriya gihugu kuko ngo icyo cyorezo kitarahagera. Ku mugoroba wo ku cyumweru ku wa 15 Werurwe, ni bwo Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda yatangaje ko hari abandi bantu bane bagaragayeho icyorezo cya Coronavirus, biyongera ku Muhinde cyagaragayeho ku […]

Abamaze kwandura Coronavirus mu Rwanda bamaze kuba batanu

etlm75twoae-n9x.jpg

Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko kuri uyu wa 15 Werurwe 2020, hagaragaye abandi bantu bane banduye icyorezo cya Coronavirus bituma abamaze kwandura iki cyorezo mu gihugu baba batanu. Itangazo Minisante imaze gushyira ahagaragara, rivuga ko bane bashya bagaragaweho Coronavirus bwarimo Abanyarwanda batatu ndetse n’Umugande umwe. Aba barimo Umunyarwanda w’imyaka 34 wageze mu Rwanda tariki ya 06 […]

Umurwayi wa Coronavirus yabonetse muri Brazaville

Mu gihe icyorezo cya Coronavirus gikomeje gukwirakwira ku Isi no ku mugabane w’Afurika, Repubulika ya Kongo yiyongereye mu mubare w’ibihugu by’Afurika bimaze kugaragaramo iyi virusi. Guverinoma ya Repubulika ya Kongo (Congo Brazzaville) yatangaje ko ku butaka bwayo habonetse umurwayi wanduye Coronavirus, akaba ari umuturage w’imyaka 50 wavuye i Paris mu Bufaransa ku itariki ya 01 […]

CHUB yahakanye gukwirakwiza indangamuntu y’Umuhinde washinjwe kuzana Coronavirus mu Rwanda

Ibitaro bya Kaminuza ya Butare CHUB, byahakanye amakuru avuga ko ari byo byashyize ku karubanda indangamuntu y’Umuhinde witwa Sharma Guljari Lal yakwirakwijwe ku mbuga nkoranyambaga bivugwa ko ari we winjije Coronavirus mu Rwanda. Ku wa 14 Werurwe ni bwo Minisiteri y’ubuzima yasohoye itangazo rivuga ko mu Rwanda hagaragaye umuntu wa mbere wanduye icyorezo cya Virusi […]

Uganda:Pasiteri wakiriye Bobi Wine mu rusengero yatawe muri yombi

Umushumba w’urusengero rwitwa True Worship Centre mu gihugu cya Uganda, Pasiteri Andrew Muwanguzi yatawe muri yombi ashinjwa gukoresha inama itemewe. Uyu mushumba akimara gufatwa yabanje gufungirwa kuri Sitasiyo ya Polisi ya Jinja aho yamaze isaha imwe nyuma akimurirwa kuri Sitasiyo ya Polisi ya Kamuli. Mu kwezi kwa Werurwe mu mwaka ushize wa 2019 uyu mushumba […]

Gukumira abafana ku bibuga byatumye bamwe bahitamo gufanira mu biti

img-20200315-wa0009.jpg

Nyuma y’uko ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda, FERWAFA ryemeje ko imikino yose ritegura igomba kujya ikinwa nta mufana uri mu kibuga kubera icyorezo cya Coronavirus cyameze kugera mu Rwanda, abenshi mu bakunzi ba ruhago kwihangana kubaho batareba umupira byabananiye bahitamo kurira ibiti n’urukuta rukikije ikibuga. Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 14 Werurwe 2020 ubwo […]

Cristiano Ronaldo yahinduye hoteli ze ibitaro bizajya bivurirwamo abanduye Coronavirus

Rutahizamu Cristiano Ronaldo ukinira ikipe ya Juventus, yemeje gutanga hoteli ze zihenze afite ngo zijye zivurirwamo abanduye icyorezo cya Virusi ya Coronavirus. Kuva ku wa mbere tariki ya 16 Werurwe ni bwo CR7 Hotels zizatangira kwakira abarwayi, mu rwego rwo gutanga ubufasha bwo guhangana n’icyorezo cya Virusi ya Coronavirus. Ikinyamakuru Marca dukesha iyi nkuru, cyanditse […]

Uko Bobi Wine yahenze ubwenge Gen. Muhoozi, Salim Saleh na Kayihura bikarangira abihindutse

Robert Ssentamu Kyagulanyi, umuhanzi wahindutse umufepite akamenyekana nka Bobi Wine, yahawe ubufasha bw’amafaranga n’abajenerali bakomeye mu girikare cya Uganda ubwo yiyamamarizaga kuba umudepite, birangira abatengushye. Amakuru yagiye ahagaragara avuga ko ubwo Bobi Wine yashakaga guhagararira agace ka Kyaddondo mu nteko ishinga amategeko ya Uganda, yiyambaje abajenerali batatu kugirira ngo bamuhe ubufasha bw’amafaranga yari gukoresha yiyamamaza. […]

MINISANTE iramagana amakuru ashinja Sharma kwinjiza Coronavirus mu Rwanda

india.jpg

Minisiteri y’ubuzima (MINISANTE) yamaganye igihuha giherekejwe n’indangamuntu bikomeje gukwirakwira ku mbuga nkoranyambaga, bishinja Umuhinde, Sharma Guljari Lal kwinjiza Coronavirus mu Rwanda. Mu gitondo cyo kuri uyu wa 14 Werurwe ni bwo Minisiteri y’ubuzima yasohoye itangazo rivuga ko mu Rwanda hagaragaye umuntu wa mbere wanduye icyorezo cya Virusi ya Corona. MINISANTE yavuze ko uwo muntu afite […]

Umurambo w’umugabo watoraguwe mu mugezi wa Nyabugogo

Mu mugezi wa Nyabugogo mu gitondo cyo kuwa Gatanu tariki 13 Werurwe hatoraguwe umurambo w’uwitwa Bazimaziki Celestin w’imyaka 37 aho warumazemo iminsi 3 bikaba bivugwa ko yaba yishwe n’abanyerondo. Nyakwigendera wari usanzwe ari umukarani i Nyabugogo yari yarashakanye n’uwitwa Kampire Sezalie w’imyaka 32 y’amavuko bombi bari batuye mu Mudugudu wa Rutagara ya mbere, Akagari ka […]

Ibyo Gen. Tumukunde ashinjwa bishobora gutuma ahabwa igihano cy’urupfu

Uwahoze ari Minisitiri w’Umutekano muri Uganda (Rtd) Lt. Gen. Henry Tumukunde uri mu maboko y’urwego rushinzwe iperereza ku byaha n’ubutasi muri Polisi ya Uganda (CID), arashinjwa ibyaha bishobora gutuma akatirwa urwo gupfa mu gihe byaba bimuhamye. Gen. Tumukunde yatawe muri yombi ku wa 11 Werurwe, nyuma y’icyumweru amenyesheje Komisiyo y’Igihugu y’Amatora ko yifuza kuzahatanira umwanya […]

RURA yakajije ingamba ku bagendera muri Shirumuteto

Urwego rw’Igihugu Ngenzuramikorere (RURA) kuri uyu wa 13 Werurwe, rwasohoye itangazo ritanga amabwiriza mashya ku bigo bikora ubwikorezi bw’abantu rigamije gukaza ingamba zo kwirinda Coronavirus yamaze kugaragara mu Rwanda. Mu mabwiriza mashya yatanzwe na RURA rurasaba ” Ibigo byose bikora ubwikorezi bw’abantu kugira isabune yabugenewe cyangwa undi muti ushobora guha ubwirinzi abagenzi binjiye mu modoka […]

Musanze: Impamvu “zikomeye” zatumye abakekwaho gutwika abana bafungwa by’agateganyo

Urukiko rw’Ibanze rwa Muhoza rukorera mu Karere ka Musanze, rwanzuye ko abantu batandatu bakurikiranweho icyaha cyo gutwika abana b’umuturanyi wabo bafungwa by’agateganyo iminsi 30 ku bw’impamvu ziswe ko zikomeye. Abakurikiranwe uko ari batandatu, bashinjwa ibyaha birimo icy’ivangura, ubwicanyi, gutwikira umuntu ku bushake ndetse no gukubita no gukomeretsa ku bushake. Barimo uwitwa Munyakazi Evariste, Mugiraneza Ildephonse, […]

Coronavirus yageze muri Ethiopia

Nyuma ya Kenya na Ghana byaherukaga kwiyongera ku bindi bihugu byagaragayemo Coronavirus ku mugabane w’Afurika kuri uyu wa Gatanu na Ethiopia yemeje ko umurwayi wa mbere yagaragaye muri iki gihugu. Minisitiri w’Ubuzima mu gihugu cya Ethiopia, Liya Kebede yatangaje ko umugabo w’Umuyapani uherutse kuza muri Ethiopia aturutse mu gihugu cya Burikinafaso mu cyumweru gishize ari […]

Nyanza: Umuyobozi wa DASSO arashinjwa gukubita no gutuka bagenzi be

Abakozi b’urwego rwunganira akarere mu by’umutekano bazwi nka DASSO bakorera mu karere ka Nyanza barashinja umuhuzabikorwa w’uru rwego, Bagambiki Donat kubakorera ihohotera rishingiye ku kuba akunda kubatungura akabakubitira ku kazi ubundi akanabatuka. Aba bakozi bakorera mu mirenge itandukanye y’Akarere ka Nyanza bavuga ko bahura n’imbogamizi mu kazi bakora zo kuba babangamirwa n’uyu muyobozi wabo Bagambiki […]

Rurongeye rurageretse hagati ya Rayon Sports na Ivan Minaert

Uwahoze ari Umutoza w’Ikipe ya Rayon Sports, Ivan Minaert yongeye kubyutsa ikirego nyuma y’uko komisiyo y’ubujurire mu ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda, FERWAFA yemeje ko ikipe ya Rayon Sports igomba kumwishyura asaga miliyoni 13 z’amafaranga y’u Rwanda kubera kuba yaramwirukanye binyuranyije n’amategeko hanyuma akaza gutanga ikirego akayitsinda ariko ikaba yaratereye agati mu ryinyo ntikore ibyo […]

REG imaze imyaka yarambuye abo yangirije imitungo

Inteko ishinga amategeko yasabye ibigo kwishyura abaturage ingurane z’imitungo yabo yangijwe hakorwa imishinga itandukanye y’inyungu rusange z’abaturage. Ibi byatangajwe Ku wa 11 Werurwe, ubwo inteko ishinga amategeko yakiraga babiri bahagarariye abaturage 37 bo mu Karere ka Nyabihu basabye Inteko ishinga amategeko kubafasha guhabwa ingurane y’imitungo yabo yangijwe n’ikigo cy’igihugu gishinzwe ingurane (REG). Aba baturage bombi, […]

Ikibazo cy’amasoko yubatswe mu turere two ku mipaka gikomeje kuba ingorabahizi

Minisitiri w’Ubucuruzi n’Inganda, Soraya Hakuziyaremye yongeye gusubira imbere y’abagize Inteko Ishinga Amategeko umutwe w’abadepite gusobanura ku kibazo cy’iyubakwa ry’amasoko ane yo mu turere two ku mipaka yubatswe agahita asenyuka. Ni nyuma yo guhamagazwa inshuro eshatu mu nteko ishinga amategeko asobanura ku kibazo cy’aya masoko hakurikijwe raporo y’umugenzuzi w’imari ya Leta yo mu mwaka wa 2018-2019 […]

Ubushinwa burashinja igisirikare cy’Amerika kuzana Coronavirus muri Wuhan

Mu gihe Coronavirus ari icyorezo cyugarije Isi, kikaba cyarazahaje igihugu cy’Ubushinwa, Umuvugizi wa Leta y’Ubushinwa muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga, Zhao Lijiian kuri uyu wa Kane yashinje igisirikare cya Leta Zunze Ubumwe z’Amerika kujyana iyi virusi mu mujyi wa Wuhan. Intero yabaye inyikirizo ku bimaze iminsi bivugwa ko Coronavirus yageze mu mujyi wa Wuhan izanwe n’abasirikare […]

Umukobwa wavuzwe mu rukundo na Diamond yibarutse

Umukobwa witwa Kimnana wavuzwe mu rukundo n’umuhanzi Diamond Platnumz, yibarutse umwana w’umukobwa. Cyakora cyo uyu mwana ntabwo ari uwa Diamond ahubwo ni uw’umunyamakuru Tbowy wakundanye igihe kirekire n’uriya mukobwa. Tbowy yahaye ikaze uriya mwana abinyujije kuri Instagram. Yagize ati” sinshobora kubona amagambo yasobanura uko numva abagore. Imbaraga n’ububasha byabo n’ubushobozi bafite bwo kwihanganira icyo ari […]

Sitasiyo ya Kobil ku Gisimenti yambuye uwayigemuriraga akayabo

Ku wa 11 Werurwe Sitasiyo ya Esansi ya Kobil ikorera ku Gisimenti mu Mujyi wa Kigali yarafunzwe, kubera ubwumvikane buke buri hagati y’uwayigemuriraga ibicuruzwa na bene yo uvuga ko yambuwe Mbere y’icamunsi cyo kuri uyu wa gatatu tariki ya 11 Werurwe, station yari yafunzwe ku buryo abafite ibinyabiziga batemererwaga kubinyweshaho. Ba nyirayo bifashishije inzego z’umutekano […]

U Rwanda rwasabye ko Inama ihuza Abakuru b’Ibihugu bya EAC isubikwa

Kuri uyu wa 12 Werurwe 2020 Umukuru w’Inama y’Abaminisitiri b’Umuryango w’Afurika y’Iburasirazuba Dr Vincent Biruta yasabye ko inama ya 21 y’uyu muryango yari iteganyijwe mu cyumweru gitaha yasubikwa kugeza igihe hasohokeye irindi tangazo. Si iyi nama gusa kuko n’izindi z’uyu muryango zagombaga guhuza imbaga z’abantu ntizikibaye mu rwego rwo kwirinda ikwirakwizwa ry’icyorezo cya Coronavirus. Umunyamabanga […]

Umurwayi wa Coronavirus yagaragaye bwa mbere mu gihugu cya EAC

Abayobozi mu gihugu cya Kenya bemeje ko mu gitondo cyo kuri uyu wa 13 Werurwe muri kiriya gihugu hagaragaye umurwayi wa mbere wanduye Virusi ya Corona. Ni amakuru yemejwe n’umunyamabanga wa leta muri Minisiteri y’ubuzima, Kagwe Mutahi. Ati” ni umugore ufite ubwenegihugu bwa Kenya, yari avuye muri Amerika agarutse i Nairobi. Byemejwe ko yanduye na […]

Rwanda: Abagize amanota menshi mu itangwa ry’akazi barayamburwa agahabwa abatsinzwe

Komisiyo y’Igihugu ishinzwe Abakozi ba Leta, igaragaza ko mu bizamini by’akazi hari aho abakandida batsinze bamburwa amanota akongererwa abatsinzwe bakaba ari bo bahabwa akazi. Bigaragarira muri raporo ya Komisiyo iheruka kumurikira abadepite bagize Komisiyo y’imibereho myiza y’abaturage, ku byerekeranye n’imikoreshereze y’ibizamini mu nzego z’ibanze. Iyi raporo yerekana ko mu Turere twa Rwamagana na Kayonza hagaragaye […]

Coronavirus ishobora kugira ingaruka ku gutera akabariro

Abaganga mu gihugu cy’Ubushinwa bakanguriye abagabo ko kwisuzumisha nyuma yo gukira Coronavirus bakamenya niba bakibyara, kubera ko byagaragaye ko kiriya cyorezo cyangiza imikorere y’ubugabo bwabo. Nta bushakashatsi buremeza neza ko Virusi ya Corona igabanya ububasha bwo kubyara ku bagabo ndetse n’ubushake bwo gutera akabariro, gusa abaganga bo mu Ntara ya Wuhan bagaragaje ko kiriya cyorezo […]

Muhanga: Umugore arashinja mugenzi we kumwanduriza umwana imitezi

Umubyeyi witwa Bayavuge Maliyana wo mu Murenge wa Shyogwe, Akagari ka Mubuga mu Mudugudu wa Matsinsi avuga ko yazinzitswe nyuma y’uko Mukeshimana Paccy w’imyaka 26 amusambanyirije umwana w’umuhungu w’imyaka 13 ndetse akanamwanduza imitezi. Maliyana avuga ko uwo mugore yamusabye umwana we witwa Patirike ngo ajye iwe mu rwego rwo kumufasha mu myiteguro y’umubatizo w’umwana akaba […]

Uganda : Umudepite yasohowe mu nteko shishi itabona

Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko ya Uganda, Rebecca Kadaga yasohoye shishi itabona mu nteko umudepite witwa Anthony Akol nyuma yo kwemerera inteko ko yageze mu bihugu bya Koreya y’Epfo na Afurika y’Epfo byagaragayemo cyane icyorezo cya Virusi ya Corona, mbere y’uko agaruka muri Uganda. Kadaga yategetse Akol gusohoka agira ati” Wemereye mu nteko ko wakoreye ingendo […]

Min. Ingabire ku rutonde rw’abahanzwe amaso ku Isi

Ihuriro Mpuzamahanga ry’Ubukungu ku isi, World Economic Forum ryashyize Minisitiri w’Ikoranabuhanga na Inovasiyo, Ingabire Paula ku rutonde rw’abayobozi bakiri bato bahanzwe amaso ku isi kubera inshingano n’ubushobozi bafite muri uyu mwaka wa 2020. Ni urutonde rwitwa “Young Global Leaders 2020’ rusohoka buri mwaka, rukaba rugaragaraho abantu 115 bari mu nzego zinyuranye bakaba bari munsi y’imyaka […]

Gen. Yakutumba yasabye Abanyekongo kwitabira intambara ‘ntagatifu’

Umuyobozi w’ihuriro ry’Abenyekongo rivuga ko rigamije kurinda ubusugire bw’gihugu cyabo, (CNPSC), Gen. William Amuri Yakutumba ryakanguriye abaturage ba Congo Kinshasa guhaguruka bakitabira intambara ntagatifu yo kurinda igihugu cyabo avuga ko kigaruriwe n’abanyamahanga. Ibi yabitangaje mu kiganiro mbwirwaruhamwe yafatiwemo amajwi n’amashusho yambaye impuzankano ya gisirikare akikijwe n’abasirikare babiri bafite imbunda bikwije n’amasasu. Gen Amuri Yakutumba yavuze […]

Amatora yo mu Burundi azarangwamo ubwicanyi- LONI

Itsinda ry’ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe kwita ku burenganzira bwa muntu ryashyizweho ngo risuzume imigendekere y’imyiteguro y’amatora y’umukuru w’igihugu mu Burundi ateganyijwe muri Gicurasi uyu mwaka ryatangaje ko muri aya matora azarangwamo ibyaha byinshi byibasira inyoko muntu harimo n’ubwicanyi. Iri tsinda ribishingira ku kuba kugeza ubu mu Burundi hari umwuka mubi wa politiki ushingiye ku kuba […]

Umukandida w’umugore yemerewe kuzahatana mu matora ya perezida wa Uganda

Umugore umwe rukumbi, Darlen Kawawa Kamusiime yamaze gutangazwa na Komisiyo y’Amatora ya Uganda nk’umwe mu bazahatanira umwanya w’umukuru w’igihugu mu matora ya 2021. Uyu mugore yaje muri batanu bongeweho na Komisiyo y’Amatora y’iki gihugu baje basanga 24 bari basanzwe bemerewe bahita baba 29. Umuyobozi wa Komisiyo y’Amatora muri Uganda, Simon Byabakama yabwiye itangazamakuru ko muri […]

Rusizi : Umugabo yemereye mu nteko y’abaturage ko yaroze bagenzi be

Umuturage witwa Iyarwema Godfrey wo mu Kagari ka Kamatita mu Murenge wa Gihundwe mu Karere ka Rusizi, yasabye abaturanyi be kumuha inka kugira ngo arogore abantu bose bo mu gace atuyemo ashinjwa kuroga, nyuma yo kwemerera mu nteko y’abaturage ko hari umukobwa yaroze. Iby’uyu mugabo byageze ku Karubanda ku wa 06 Werurwe, ubwo abaturage bo […]

Newyork: Inama kuri Coronavirus yasubitswe kubera Coronavirus

Inama mpuzamahanga yiga ku ndwara ya Coronavirus yagombaga kubera New York muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yasubitswe kubera iki cyorezo. Ibi bibaye mu gihe hirya no hino ku Isi hari kugaragara inkundura yo guhagarika ibikorwa bitandukanye bihuriza imbaga y’abantu hamwe nk’amarushanwa cyangwa inama mu rwego rwo kwirinda ikwirakwizwa ry’iki Cyorezo. Amakuru dukesha Bloomberg News avuga […]

Rulindo : Isoko rya Rusine ryatangiye gusenyuka nyuma y’ukwezi kumwe ritashywe

Isoko rya Rusine riherereye mu murenge wa Masoro w’akarere ka Rulindo, ryatangiye gusenyuka nyuma y’ukwezi kumwe ritashywe ku mugaragaro. Abakorera muri iri soko bagaragaza impungenge z’uko bishobora kuzarangira ribaguye hejuru, bakabishingira ku kuba Umukongomani wubatswe mu rwego rwo kuririnda watangiye gusenyuka. Wegereye iri soko, ubona ko urukuta rw’umukingo wubatswe iruhande rwaryo ngo uririnde rwatangiye guhirima, […]

Nyarutarama:Abaturage bafite impungenge zo kwimurwa nta ngurane

Abaturage batuye mu kagari ka Nyarutarama mu mujyi wa Kigali mu karere ka Gasabo ahazwi ku izina rya Bannyahe baravuga ko bafite impungenge zo kuba basenyerwa nta ngurane bahawe kubera impamvu z’ibiza. Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu Prof. Shyaka Anastase mu kiganiro n’abanyamakuru cyabereye mu biro by’Umugi wa Kigali yavuze ko hari kurebwa ingamba zafatwa mu rwego […]

Imikino mu Rwanda ishobora kuzajya iba nta bafana

Minisiteri ya siporo itanga inama ku makipe n’abakinnyi b’Abanyarwanda ko bahagarika imikino yose mpuzamahanga bafite mu rwego rwo kwirinda icyorezo cya Coronavirus, yemeza ko imikino ya shampiyona n’amarushanwa abera imbere mu gihugu igomba gukomeza ariko imwe n’imwe ikaba imiryango ifunze nta mufana wemerewe kwinjira. Mu Rwanda icyorezo cya Coronavirus ntago yari yahagera gusa ku munsi […]

FERWAFA iravuga ku byakwirakwijwe ko amavubi atacyitabiriye CHAN 2020

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryashimangiye ko Ikipe y’Igihugu (Amavubi) CHAN igeze kure imyiteguro yo kwitabira CHAN 2020 rihakana amakuru yacaracaye ku mugoroba wo kuwa 10 Werurwe 2020 yavugaga ko iyi kipe itacyitabiriye iri rushanwa kubera icyorezo cya Koronavirusi kiri kuzonga Isi. Amakuru yavugaga ko mu nama yo kuwa 05 Werurwe 2020 yahuje MINISPORTS […]

Musanze : Abakurikiranweho gutwika abana babiri bahakanye amakuru bahaye RIB

Abagabo batanu n’umukobwa umwe bo mu Murenge wa Cyuve mu Karere ka Musanze bakurikiranweho icyaha cyo gutwika mu nzu abana babiri b’uwitwa Manifashe Jerome na Sifa Celestine, bahakanye ibyaha bashinjwa nyamara bari babyemereye abakozi b’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) ubwo rwari mu iperereza. Kuri uyu wa 11 Werurwe 2020 ni bwo bagejejwe imbere y’Urukiko rw’Ibanze rwa […]

Umunyu warahenze i Karongi

Abaturage n’abacuruzi bo mu Karere ka Karongi mu Murenge wa Rubengera bahangayikishijwe n’ikibazo cy’izamuka ry’igiciro cy’umunyu ku isoko kuva muri aya mezi abiri ashize. Umunyu ni kimwe mu bicuruzwa nkenerwa bya buri munsi ku buzima bwa buri muntu wese gusa mu Karere ka Karongi usanga igiciro cyawo cyaratangiye kuzamuka ugereranyije n’icyari gisanzweho. Muri aka karere […]

Umukobwa yifashe amashusho amaze ‘gusambana’ n’umugabo wa Fille Mutoni

Umugabo w’Umunyarwandakazi ukorera umuziki muri Uganda (Fille Mutoni), Edwin Katamba uzwi nka MC Kats, yongeye kugarukwaho cyane nyuma yo gufatwa amashusho n’umukobwa bivugwa ko bari bamaze gusambana. Ibi bije nyuma y’amagambo menshi MC Kats yavuzweho bamwibasira, ubwo yeruraga agatangaza ku mugaragaro ko abana n’ubwandu bw’Agakoko gatera SIDA. Ababonye Videwo ya MC Kats bahurije ku kintu […]

Gen.Tumukunde yavuze uko yahenze ubwenge Perezida Museveni

Uwahoze ari Minisitiri w’umutekano muri Uganda, (Rtd) Lt. Gen. Henry Tumukunde avuga ko yahenze Perezida Yoweli Kaguta Museveni ubwo yamuvanaga mu ngabo z’igihugu akamuha ikiruhuko. Gen. Tumukunde avuga ko kuva mu ngabo yabyishimiye kuko byamuhesheje uburenganzira bwo kuvuga ikimuri ku mutima akesha kuba atakibarizwa mu ngabo z’iki gihugu. Gen.Tumukunde uherutse gutangaza ko azahatana na Yoweli […]

Tungurusumu yagukiza ibishishi muri ubu buryo bwihuse

Abanyarwanda babivuze ukuri ngo ijoro ribara uwariraye! Niba uhura n’ikibazo cyo gusesa ibiheri umunsi ku munsi uzi ipfunwe bitera kuko cyane cyane bikunze kuza hari nk’igikorwa kidasanzwe uteganya nk’ikirori runaka cyangwa ibazwa ry’akazi. Iki gihe ubirwaye agerageza ubwoko bw’imiti yose ngo arebe ko byakira ndetse hari n’abafata umwanzuro wo kubishima no kubimena gusa ibi birangira […]

Dr Francis Habumugisha wakubise umukobwa yoroherejwe igihano

Urukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge rukorera i Nyamirambo, rworohereje ibihano Dr Francis Habumugisha usanzwe ari nyiri Goodrich TV, ku byaha byo gukubita no guhohotera abakozi be yari akurikiranweho. Ku gicamunsi cy’itariki ya 10 Werurwe ni bwo uru rukiko rwahamije Dr Habumugisha ibyaha byose yari akurikiranweho, ari byo gukubita cyangwa gukomeretsa ku bushake, konona ikintu cy’undi no […]

Burundi: Abangiwe kwiyamamariza kuyobora igihugu bemerewe kujurira

Kuri uyu wa Kabiri komisiyo y’amatora mu gihugu cy’u Burundi nibwo yatangaje abakandida batandatu bemerewe kwiyamamariza amatora yo kuzasimbura Perezida Pierre Nkurunziza ku mwanya w’umukuru w’igihugu. Aya matora ateganyijwe tariki 20 Gicurasi 2020 naho bane bakaba aribo bangiwe ariko bahabwa iminsi ibiri yo kuba batanze ubujurire bwabo. Mu itangazo iyi komisiyo yashyize ahagaragara kuri uyu […]

Huye: Umukozi wo mu rugo yafatanwe ibahasha y’urumogi

Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Huye ku bufatanye n’izindi nzego z’umutekano bafashe, Umutoniwase Celine w’imyaka 22, ikiyobyabwenge cy’urumogi ubwo yari arushyiriye umucuruzi wo mu Mudugudu wa Kigarama, Akagari ka Rango mu Murenge wa Tumba. Umutoniwase Celine yafashwe ubwo bamusangaga kuri rimwe mu maduka yo mu gasantere ategereje nyir’iduka ngo amushyikirize ibyo biyobyabwenge nk’uko […]

Yahawe igihembo na LONI ku bwo gusaba akazi inshuro 500 yarakabuze

Umusore uturuka mu gihugu cya Nigeria witwa Momo Bertrand ubu ari mu byishimo nyuma yo guhabwa akazi n’umuryango w’Abibumbye (UN) nk’igihembo kuko yesheje agahigo ko buba yari yarasabye akazi muri uyu muryango inshuro 500 zose ariko atakabona. Momo Bertrand avuga ko yakomeje kujya asaba aka kazi (Job Application) ku rubuga rw’Umuryango w’Abibumbye ariko bikaba imfabusa […]

Amavubi ashobora kutitabira CHAN 2020 n’amajonjora ya CAN 2021

Minisiteri ya Siporo mu Rwanda yamaze kubwira amashyirahamwe y’imikino itandukanye mu gihugu ko aba ahagaritse gahunda zose yari afite zo kwitabira imikino mpuzamahanga izakinirwa hanze y’u Rwanda, mu rwego rwo kwirinda no gukumira icyorezo cya Coronavirus gikomeje gushegesha isi. Umwe mu myanzuro wafatiwe mu nama yabaye kuwa kane w’icyumweru twashoje mu rwego rwo gukumira no […]

Perezida Kagame yashyizeho abacamanza bashya b’Urukiko rw’Ikirenga n’urw’Ubujurire

Kuri uyu wa 10 Werurwe 2020, Perezida wa Repubulika Paul Kagame yashyizeho Abacamanza bashya b’urukiko rw’ikirenga n’urw’ubujurire. Itangazo ryaturutse mu biro bya Minisitiriri w’Intebe rivuga ko: MUHUMUZA Richard yagizwe Umucamanza mu Rukiko rw’Ikirenga, NYIRANDABARUTA Murorunkwere Agnes akagirwa Visi Perezida w’Urukiko rw’Ubujurire, KAMERE Emmanuel yagizwe umucamanza mu rukiko rw’ubujurire, UMUGWANEZA Gelaldine we yagizwe umucamanza mu rukiko […]

Irushanwa rya Miss Burundi 2020 ryahagaritswe

Irushanwa rya Miss Burundi 2020 ryamaze guhagarikwa nyuma y’ibiganiro byahuzaga Minisitiri w’ubucuruzi,inganda n’ubukerarugendo w’u Burundi, Jean Marie Niyonkindi n’urubyiruko rwari rwarashyiriweho gutegura iri rushanwa. Minisitiri w’ubucuruzi,inganda n’ubukerarugendo Jean Marie Niyonkindi yamaze gutangaza ko irushanwa rya Miss Burundi 2020 ryahagaritswe ndetse ritakibaye uyu mwaka ku mpamvu zitatangajwe. Minisitiri Niyokindi yabwiye urubyiruko rwateguraga iri rushanwa ko rwambuwe […]

Kigali: Kwinjira mu modoka ni ukubanza gukaraba intoki

Mu rwego rwo gukomeza guhangana n’icyorezo cya Corona Virus gikomeje gushegesha Isi, Umujyi wa Kigali washyizeho amabwiriza yo gukaraba intoki mbere y’uko abagenzi binjira mu modoka zibatwara. Ni amabwiriza yatangiye gushyirwa mu bikorwa kuri uyu wa 10 Werurwe 2020. Amashusho yiriwe azenguruka agaragaza abaturage mu bigo bitandukanye abagenzi bategeramo imodoka bakaraba intoki, mbere yo kwinjira […]

Nyanza: Umurambo w’umwe mu bapfiriye mu buvumo ukomeje kubura

Umurambo umwe mu y’abantu batanu baheruka gupfira mu buvumo bwo mu Karere ka Nyamagabe bari gusenga, ntabwo uraboneka kugeza magingo aya. Ku wa Kane w’icyumweru gishize ni bwo bariya bantu uko ari batanu bahitanwe n’umuvu w’amazi, ubwo imvura yagwaga ari nyinshi bikarangira umuvu w’amazi ubasanze mu buvumo bari bari gusengeramo. Bari bari hamwe n’abandi batandatu. […]

Urubanza rw’abari abayobozi muri FDLR rwasubukuwe

Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 10 Werurwe 2020 urukiko rukuru, urugereko rushinzwe kuburanisha ibyaha mpuzamahanga n’ibyambukiranya imipaka ruherereye mu karere ka Nyanza rwasubukuye urubanza ruregwamo Nkaka Ignace uzwi nka La Forge Fils Bazeye na Nsekanabo Jean Pierre Alias Abega bahoze ari abayobozi bakuru muri FDLR. Aba bombi bakurikiranweho ibyaha birimo iby’ubugambanyi, kurema umutwe w’ingabo […]

Dr Kayumba ntabwo yapfuye-RCS

rcs.jpg

Ikigo cy’igihugu gishinzwe Imfungwa n’Abagororwa (RCS) cyanyomoje amakuru yacicikanaga ku mbuga nkoranyambaga avuga Dr Kayumba Christopher yapfiriye muri gereza aho yari afungiye. Kuva mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri ku wa 10 Werurwe 2020, ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye hakwirakwiraga ubutumwa buvuga ko Dr Kayumba Christopher wigishije muri Kaminuza y’u Rwanda by’umwihariko mu ishuri ry’itangazamakuru […]

Huye:Inkende zivugwaho konera abaturage ziri kuvugutirwa umuti

Ibiganiro hagati y’akarere ka Huye n’ikigo k’igihugu gishinzwe iterambere RDB bigeze kure harebwa umuti ku kibazo cy’inkende zivugwaho kwangiza umusaruro w’abaturage muri aka karere. Mu karere ka Huye ho mu ntara y’Amajyepfo ahegereye ishyamba rya Kaminuza rizwi nka Aruberitumu hakunze kugaragara inkende bivugwa ko zitagenzwa na kamwe aho zidatinya no kwigabiza imihanda zigatembera ku buryo […]

Ikoranabuhanga rigiye kwifashishwa mu guhashya amanyanga aba muri cyamunara

Ikigo cy’Igihugu cy’Iterambere (RDB) cyavuze ko mu ipiganwa rya cyamunara hagiye kujya hifashishwa ikoranabuhanga, nk’umuti w’amanyanga akunze kugaragara mu gihe hari imitungo igurishwa mu cyamunara. Amwe mu manyanga yakundaga kugaragara nk’uko byakunze kugarukwaho n’urugaga rw’abahesha b’inkiko, arimo ashingiye ku kibazo cy’abakomisiyoneri. Perezida wa ruriya rugaga Me Sebera Nyunga Antoine, avuga ko abakomisiyoneri ngo usanga ari […]

Abafana basabye Diamond gutera inda uwiswe ” Perezida w’abagore batagira abagabo”

Abafana b’umuririmbyikazi Akothee ukomoka mu gihugu cya Kenya, bakunze kwita Perezida w’abagore abatagira abagabo, bahaye umukoro Umunya-Tanzania, Diamond Platnumz wo kuzamutera inda kugira ngo bemere ko ari umugabo wa nyawe. Umuhanzi Diamond yagarutsweho cyane kubera amafoto y’abagore bose yakundanye na bo yafashe akayashyira ku rukuta rwa Instagram. Ibi byabaye ku wa 08 Werurwe 2020, umunsi […]

Kigali: Abatuye mu bishanga barimurwa mu minsi mike

Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwatangaje ko bitarenze uku kwezi kwa Werurwe 2020, buzaba bwarangije kwimura Abaturage bose batuye mu bishanga. Byatangajwe kuri uyu wa 09 Werurwe ubwo ubuyobozi bw’Umujyi bwagiranaga ikiganiro n’itangazamakuru. Uretse abatuye mu bishanga bazaba barangije kwimurwa mu gihe cy’ibyumweru bitatu biri imbere, ibikorwa nk’inganda n’amagaraje biri mu bishanga na byo bigomba kuba […]

Abateguye igitaramo cyiswe “Ikirenga mu Bahanzi” biseguye ku baguze amatike

tangazo.jpg

Ubuyobozi bw’abari bateguye igitaramo cyiswe “Ikirenga mu bahanzi” cyari cyigamije gushimira umuhanzi, Cecile Kayirebwa nk’uwagize uruhare mu guteza imbere umuziki nyarwanda bwihanganishije abantu bari baguze amatike yo kwinjira muri iki gitaramo n’abandi bose ihagarikwa ryacyo ryaba ryaragizeho ingaruka. Igitaramo ‘Ikirenga mu bahanzi’ cyari cyateguwe na Bwiza Media, ku bufatanye na Karibu ASBL, Umushanana Media n’abacukumbuzi […]

DRC: Haracyari urujijo ku rupfu rwa Gen. Kahimbi

Hagiye gushira ibyumweru bibiri Jenerali Delphin Kahimbi wahoze akuriye Ubutasi mu bya gisirikari mu gihugu cya Repubulika ya Demokarasi ya Kongo apfuye urupfu rwasize urujijo. Mu rwego rwo gusubiza icyifuzo cy’Ingabo za LONI zibungabunga amahoro muri Kongo (MONUSCO), Félix Tshisekedi Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Kongo yavuze ko iperereza ku rupfu rw’uwari ukuriye ubutasi […]

Habarugira wambikanye impeta y’urukundo n’umugabo mugenzi we yateje impaka

Abanyarwanda b’ingeri zitandukanye ntibavuga rumwe ku cyemezo giheruka gufatwa n’umusore w’Umunyarwanda witwa Amani Dhurkifr Habarugira, ubwo yambikanaga impeta y’urukundo n’umugabo mugenzi we bivugwa ko yitwa Fidele. Ni inkuru Bwiza.com yabagejejeho kuwa 6 Werurwe ifite umutwe ugira uti ” Umusore w’Umunyarwanda yaba yambikanye impeta y’urukundo n’umugabo mugenzi we.” Ahabanza Amakuru y’uko Habarugira yambitswe impeta n’uriya mugabo […]