Imbaraga za gisirikare nta gisubizo zizazana: AU ibwira RDC
Umuryango wa Afurika yunze Ubumwe (AU), wasabye Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’u Rwanda gukemura amakimbirane bifitanye biciye mu nzira y’ibiganiro, ubiburira ko intambara nta gisubizo izigera izana. Ibihugu byombi bimaze igihe bidacana uwaka, ahanini bitewe n’uko RDC ishinja u Rwanda gutera inkunga inyeshyamba zo mu mutwe wa M23. U Rwanda ruhakana ibyo birego ahubwo […]
Gasogi United yisasiye APR FC, iyisezerera mu Gikombe cy’Amahoro
Ikipe ya Gasogi United yageze muri ½ cy’irangiza cy’Igikombe cy’Amahoro, nyuma yo gusezerera APR FC kuri penaliti 4-3. Iyi kipe ya Kakooza Nkuliza Charles yari yakiriye APR FC kuri Kigali Pele Stadium, mu mukino wo kwishyura wa ¼ cy’irangiza warangiye amakipe yombi anganya 0-0. Ni nyuma y’ubanza na bwo yari yaguyemo miswi 0-0. APR FC […]
U Rwanda rwashyikirije u Burundi impunzi 96
Leta y’u Rwanda kuri uyu wa Gatatu tariki ya 21 Gashyantare yashyikirije iy’u Burundi impunzi 96, nyuma yo kwiyandikisha zisaba gutaha mu gihugu cyazo ku bushake. Kuri uyu wa Gatatu ni bwo izo munzi zigize icyiciro cya 65 zinjiye mu Burundi zambukiye ku mupaka wa Nemba wo mu karere ka Bugesera. 75 mu batashye babaga […]
Tour du Rwanda:Agace ka Karongi-Rubavu kegukanywe n’umubiligi
William Lecerf ukomoka mu Bubiligi akaba asanzwe anakinira ikipe ya Soudal Quick-Step Devo Team niwe wegukanye agace ka kane ka Tour du Rwanda kavaga i Karongi kerekeza i Rubavu ku ntera y’ibilometero 93. Ku rutonde rusange William Junior Lecerf yari uwa gatatu, akaba ahabwa amahirwe yo kwegukana iri rushanwa. Ikipe ya Soudal Quick-Step Devo Team […]
Frw miliyoni 795 yatikiriye mu kubaka icyanya cy’inganda cya Nyabihu cyadindiye
Minisitiri w’Ubucuruzi n’Inganda, Dr Ngabitsinze Jean Chrysostome, yasobanuye ko hari abayobozi bafatiwe ibihano abandi bakurikiranwa n’inzego zirimo iz’ubutabera bazira Frw miliyoni 795 yapfushijwe ubusa hubakwa icyanya cy’inganda cya Nyabihu. Minisitiri Ngabitsinze yabitangaje ku wa Kabiri tariki ya 20 Mutarama, ubwo yitabaga abadepite ngo asobanure aho gahunda ya Leta y’u Rwanda yo kubaka ibyanya by’inganda hirya […]
Bigenda bite iyo M23 ifatiye mpiri abasirikare ba Monusco ku rugamba?
Uko iminsi ishira niko intambara ikomeza gukara mu gice cy’uburasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Ni intambara ihuje Umutwe wa M23 n’Igisirikare cya Leta ya Congo kibifashijwemo n’bafatanyabikorwa bacyo barimo ingabo z’Abarundi iza SADC,abacanshuro ,Wazalendo utaretse umutwe wa FDLR uvuga rikijyana ukanaba warashinje imizi muri iki gihugu. Uretse FARDC n’abafatanyabikorwa bayo bahanganye na M23, […]
Nyuma y’imyaka 110 Abadage bahishe ubwato mu Kivu bwamaze kuboneka
Itsinda ry’abashakashatsi ryahishuye ubwato abadage baroshye mu kiyaga cya Kivu mu karere ka Rutsiro nyuma yo kubukoresha mu ntambara ya mbere y’isi yose. Ubwato bwashakishwaga ni ubwiswe ‘Bodelschwingh abadage bakoreshaga ariko bakaza kuburoha mu Kivu.Kugeza ubu rero iri tsinda riri mu byishimo nyuma yo kubutahura ariko kugeza ubu ntiburashyirwa ahabona. Byatangajwe kuri uyu wa Kabiri […]
Loni yafatiye ibihano 6 barimo Jenerali wa FDLR na Lt Col Willy Ngoma
Akanama k’umutekano ka Loni ku wa Kabiri kafatiye ibihano abantu batandatu, nyuma yo kubashinja kugira uruhare mu bikorwa bihungananya umutekano mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Abafatiwe ibihano nk’uko VOA yabitangaje barimo ‘Jenerali’ wo mu mutwe wa FDLR urwanya ubutegetsi bw’u Rwanda, abayobozi bakuru bo mu mutwe wa ADF urwanya ubutegetsi bwa Uganda, […]
Amerika yasabye u Rwanda na RDC guhunga imanga ibigusha mu ntambara bihagazeho
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zasabye u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo gukora ibishoboka byose, bigasubira inyuma biva mu gisa nk’umuryango ubyinjiza mu ntambara yeruye birimo. Amerika yatanze ubwo busabe mu ijoro ryacyeye ubwo i New York hari hateraniye inama y’akanama k’umutekano ka Loni. Leta y’u Rwanda iheruka gutanga integuza y’uko yafashe ingamba […]
Izindi mpunzi z’Abarundi 100 zabaga mu Rwanda zigiye guhunguka
Zimwe mu mpunzi z’Abarundi zari zimaze igihe mu Rwanda ziyemeje gutaha mu gihugu cyabo ku bushake. Ni imunzi zigera ku 100 zafashe icyemezo cyo gutaha mu gihugu cy’amavuko.Biteganyijwe ko ziribuhagaruke kuri uyu wa Gatatu taliki 20 Gashyantare2024 zerekeza I Burundi Muri izi mpunzi harimo abagera kuri 78 bo mu miryango 38 yabaga mu hinkambi ya […]
Minisitiri w’Intebe wa RDC yeguye
Jean Michel Sama Lukonde wari umaze imyaka itatu ari Minisitiri w’Intebe wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yeguye ku mirimo ye. Perezidansi ya RDC ku rubuga rwayo rwa X yatangaje ko ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 20 Gashyantare ari bwo Sama Lukonde yashyikirije ubwegure bwe Perezida Félix Antoine Tshisekedi. Ntabwo higezwe […]
U Bufaransa bwongeye gusaba FARDC guca umubano na FDLR
Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga y’u Bufaransa yongeye gusaba Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) guhagarika imikoranire zifitanye n’umutwe wa FDLR urwanya ubutegetsi bw’u Rwanda. FDLR igizwe ahanini n’Interahamwe zagize uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi, iri mu bafasha Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) mu ntambara zirimo n’umutwe wa M23. U Rwanda kandi […]
Tour du Rwanda:Umunya Colombia Restrepo Valencia yatwaye agace ka gatatu
Nyuma y’uko ku munsi w’ejo umunya Israel Premier Tech yatwaye agace ka Kabiri ka tour du Rwanda,kuri ubu umunya colombia niwe wegukanye ahgace ka gatatu. Jhonatan Restrepo Valencia umunya colombia, usanzwe uzwi muri Tour du Rwanda, niwe wegukanye agace ka gatatu, ahita anaba umukinnyi umaze kwegukana uduce twinshi mu mateka y’iri siganwa turimo n’akaherukaga kwerecyeza […]
Imodoka zifite ibirahure byijimye zaciwe i Goma
Ubuyobozi bw’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru, zakumiriye mu mujyi wa Goma imodoka zifite ibirahure byijimye. Ni icyemezo cyafashwe na Guverineri w’iyo ntara, Général-Major Peter Cirimwami Nkuba. Izo modoka zishinjwa kuba “isoko y’umutekano muke” muri uriya mujyi utuwe n’ababarirwa muri miliyoni ebyiri. Abafite imodoka zifite ibirahure byijimye i Goma bahawe amasaha 72 ngo babe bamaze kubihindura. Kuva […]
Ruhango:Abanyerondo batemaguwe hakoreshejwe imihoro
Abantu bataramenyekana bivugwa ko bari abajura , bitwikiriye ijoro batemagura abanyerondo bane bacungaga umutekano .Byabereye mu Mudugudu wa Bunyankungu, Akagari ka Mutara, Umurenge wa Mwendo ho mu Karere ka Ruhango. Abaturage babwiye itangazamakuru ko aba banyerondo baguye mu gico cy’abo bagizi ba nabi ahagana mu gicuku gishyira igitondo cyo kuri uyu wa kabiri,hanyuma bane muri […]
Israel yateguje kugaba ibitero kuri Hamas no mu gihe cya Ramadan
Leta ya Israel itangaza ko no mu gihe cy’igifungo cya abayisilamu (Ramadan) giteganyijwe mu kwezi gutaha kwa Werurwe,izakomeza kugaba ibitero ku mutwe wa Hamas mu gihe utazaba wafunguye imbohe zayo. Benny Gantz,umusirikare wabaye minisitiri w’Ingabo wa Israel, yihanangirije ko ingabo zabo ziteguye kurushaho kwinjira mu bice byose bya Gaza no mu gihe cya Ramazani.Avuga ko […]
Héritier Luvumbu yakiriwe kwa Jean Pierre Bemba
Minisitiri w’Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Jean Pierre Bemba, yakiriye Héritier Luvumbu uheruka gusubira muri RDC avuye mu Rwanda. Luvumbu yahoze akinira Rayon Sports mbere y’uko iyi kipe isesa amasezerano bari bafitanye. Byari nyuma y’ibihano yari yafatiwe na FERWAFA yari yamuhagaritse amezi atandatu atagaragara mu bikorwa by’umupira w’amaguru, kubera igikorwa cya politiki yari […]
Igitutu kuri Macky Sall kirimo kugabanuka
Abakandida 15 kugeza ubu bamaze kwemererwa kwitabira amatora y’umukuru w’igihugu muri Senegal nyuma y’icyemezo cy’urukiko rurinda iremezo ry’itegeko nshinga rya Senegal cyanze iyimurwa ry’amatora Uru rukiko rwangiye Macky Sall kwigiza inyuma amatora , rwanzura ko agomba kuba muri uyu mwaka aho kuba mu mwaka utaha. Ni nyuma y’uko uyu muyobozi kuri uyu wa Mbere yatangaje […]
Rurangiranwa muri filime z’urukozasoni yapfuye yiyahuye
Umunyamerikakazi Kagney Linn Karter uzwi muri filime z’urukozasoni, yapfuye yiyahuye nk’uko Polisi yabyemeje. TMZ yatangaje ko uyu mugore wari ufite imyaka 36 y’amavuko yapfuye ku wa Kane w’icyumweru gishize aguye muri leta ya Ohio. Umuyobozi wa Polisi ya Amerika mu mujyi wa Parma Karter yapfiriyemo yabwiye kiriya gitangazamakuru ko yiyahuriye iwe mu rugo. Amakuru yatanzwe […]
Nangaa yemeza ko AFC igiye kujya i Kinshasa gukuraho Tshisekedi
Umuyobozi w’Ihuriro Alliance Fleuve Congo, avuga ko urugendo rwo kubohora Congo rugikomeje kuko ngo Perezida Tshisekedi yamaze kurenga umurongo utukura ndetse ku buryo akwiye gufungwa . Mu mpera z’icyumweru gishize ubwo yaganiraga n’ikinyamakuru Libre, yavuze ko bitewe n’ubwicanyi,kuvangura amoko,kugoreka inzego z’ubutabera byaranze Perezida Tshisekedi,ari bimwe mu byagaragaje ko yamaze kurengera ku buryo AFC yiteguye kumukura […]
Gen. Saà¯d Chanegriha ari mu Rwanda
Umugaba Mukuru w’Ingabo za Algeria, Gen. Saà¯d Chanegriha, ari mu Rwanda aho yatangiye uruzinduko rw’akazi. Ku mugoroba wo kuri uyu wa Mbere tariki ya 19 Mutarama ni bwo Gen Chanegriha yageze i Kigali, yakirwa ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Kigali na Brig Gen Patrick Karuretwa usanzwe ari Umuyobozi Mukuru ushinzwe imibanire mpuzamahanga mu ngabo z’u […]
Kylian Mbappé yasinyiye Real Madrid kuri make
Umufaransa Kylian Mbappé yasinyiye Real Madrid amasezerano yo kuyikinira mu myaka itanu iri imbere, nk’uko amakuru aturuka muri Espagne abivuga. Ni nyuma y’iminsi mike uyu musore amenyesheje PSG asanzwe akinira ko mu mpeshyi y’uyu mwaka azatandukana na yo. Ikinyamakuru Marca cyanditse ko mu byumweru bibiri bishize ari bwo Mbappé yasinye muri Real Madrid. Ni nyuma […]
Tour du Rwanda:Etape ya kabiri yegukanywe n’umunya Israel
Mu gace gakinwe bwa mbere muri Tour du Rwanda ka Muhanga -Kibeho, kegukanwe n’umunya Israel Itamar Einthorn ukinira ikipe ya Israel- Premier Tech. Ni agace ka kabiri ka Tour du Rwanda 2024 ka Muhanga- Kibeho kigaragarijwemo n’abanyarwanda cyane n’ubwo byarangiye batakegukanye. Ni agace kagaragayemo guhatana cyane, aho abakinnyi batatu barimo Umunyarwanda Munyaneza Didier ukinira Team […]
Gorilla FC yirukanye Gatera asimbuzwa Minnaert wigeze gutoza Rayon Sports
Nyuma y’uko umutoza wa Gorilla FC bwana Gatera Mousa yirukanwe, iyi kipe yahise imusimbuza umubiligi Ivan Jacky Minnaert wagizwe umutoza mukuru. Gatera Mousa,n’abamwungirije basezerewe ku cyumweru nyuma yo kumara imikino itanu yikurikiranya nta ntsinzi babona muri Shampiyona. Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere ni bwo ubuyobozi bwa Gorilla FC bwemejwe ko bwasinyishije ndi mutoza […]
Martin Fayulu yaregeye Afurika Yunze ubumwe u Rwanda na Uganda
Martin Fayulu, Perezida w’ishyaka rya politiki ryita ku bwenegihugu n’iterambere (ECIDé) yandikiye abakuru b’ibihugu na guverinoma bitabiriye inama ya 37 y’Umuryango w’Ubumwe bw’Afurika (AU) yabereye i Addis Abeba,gucyemura bwangu ikibazo cy’umutekano mucye mu Burasirazuba bwa DRC watewe n’imitwe yitwaje intwaro bishyigikiwe n’u Rwanda na Uganda. Fayulu, avuga ko kandi Afurika yunze ubumwe igomba gucyemura ikibazo […]
Perezida Kagame na Tshisekedi bagiye kongera guhurira mu biganiro
Perezida Paul Kagame na Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, nta gihindutse vuba aha bazahurira mu biganiro bigamije guhoshya umwuka mubi uri hagati y’ibihugu bayoboye. Byatangajwe n’umuvugizi wa Tshisekedi, Tina Salama, ubwo ku Cyumweru yaganiraga n’umunyamakuru Blaise Makasi wa Radio Okapi. Ku wa Gatanu tariki ya 16 Gashyantare ba Perezida Kagame na […]
Goma: Intambara y’amaraso hagati ya FARDC na Wazalendo yaguyemo 5
Abasirikare batatu ba FARDC n’abarwanyi babiri ba Wazalendo bapfuye, nyuma y’ubushyamirane bwahurije impande zombi mu mujyi wa Goma. Byabereye ahitwa Lac-Vert ku Cyumweru tariki ya 18 Gashyantare. Amakuru avuga ko ubwumvikane buke hagati y’abasirikare ba FARDC na bamwe mu rubyiruko rwa Wazalendo, ari yo ntandaro y’amakimbirane yahuje impande zombi, mbere yo guhana urufaya rw’amasasu. Dedesi […]
U Rwanda rwasabye Amerika kuruha ibisobanuro
Leta y’u Rwanda yasabye iya Leta Zunze Ubumwe za Amerika kuyiha ibisobanuro, nyuma y’”imvugo ivuguruzanya” iki gihugu giheruka kugaragaza ku bijyanye n’amakimbirane yo mu burasirazuba bwa RDC. Leta Zunze Ubumwe za Amerika biciye muri Minisiteri yazo y’Ububanyi n’Amahanga, ku wa 17 Gashyantare zashinje u Rwanda kugira uruhare mu kuzambya umutekano muke mu burasirazuba bwa RDC, […]
Afurika yunze Ubumwe yamaganye ibitero bya Israel ku banye Gaza
Abayobozi mu nama y’Umuryango w’Ubumwe bwa Afurika bagaye banamagana ibitero bya Israel mu Ntara ya Gaza , basaba ko iyi ntambara yashyirwaho iherezo vuba na bwangu. Byagarutsweho mu nama yabereye mu murwa mukuru wa Etiyopiya Addis Ababa ku wa Gatandatu taliki 17 Gashyantare 2024.Mu ngingo zitandukanye harimo n’ibikomeje gukorerwa abanye Palisitina. Umuyobozi wa komisiyo y’Umuryango […]
Amerika mu nzira zitera inkunga ya Miliyoni 60$ igisirikare cya Ukraine
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Joe Biden , atangaza ko imfashanyo ya Miliyoni 60 z’amadorali ziri mu nzira yo gushyirwa mu gisirikare cya Ukraine mu guhangana n’Uburusiya. N’ubwo ngo iyo ngingo biteganyijwe ko izatorwa mbere yo gushyirwa mu bikorwa, ngo hari icyizere ko bigiye kugerwaho bityo Ukraine ngo ikubaka igisirikare gifite ubushobozi bwo […]
Miss Rwanda 2009 yibarutse undi mwana
Nyampinga w’u Rwanda 2009 , Bahati Grace yiburutse undi mwana w’umuhungu nyuma y’undi w’imfura yabyaranye nk’umuhanzi Muhire William uzwi nka K8 Kavuyo. Uyu mwana w’umuhungu yavutse ku wa 13 Gashyantare 2024 nk’uko miss Bahati Grace yabyitangarije abinyujije ku mbuga nkoranyambaga ze. Yagaragaje ko umuryango we wishimiye kwakira uyu mwana. Uyu mwana wa kabiri Bahati yibarutse,yamubyaranye […]
U Rwanda rwafashe ingamba zo guhangana n’indege z’intambara za FARDC
Guverinoma y’u Rwanda yamenyesheje amahanga ko yamaze gufata ingamba zo guhangana n’indege z’intambara z’Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), mu gihe zaba zirugabyeho ibitero. U Rwanda rwemeje ayo makuru biciye mu itangazo Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga yasohoye mu ijoro ryo ku Cyumweru tariki ya 18 Gashyantare 2024. Ni nyuma y’uko Perezida Félix Antoine Tshisekedi […]
Perezida wa Somalia yahuriye n’uruva gusenya muri Ethiopia, atabarwa n’uwa Djibouti
Guverinoma ya Somalia yatuye umujinya iya Ethiopia, nyuma y’uko inzego z’umutekano z’i Addis-Abeba zitambitse Perezida Hassan Sheikh Mohamud zikamubuza kwitabira inama y’Inteko Rusange y’Umuryango wa Afurika yunze Ubumwe. Kuri uyu wa Gatandatu ni bwo Addis-Abeba habereye inama isanzwe ya 37 y’Inteko Rusange yahuje abakuru b’ibihugu n’aba za Guverinoma zigize Umuryango wa Afurika yunze Ubumwe. Perezida […]
Kagame yasoje inshingano yari amaze imyaka 8 afite muri AU, asimburwa na Ruto
Perezida Paul Kagame kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 17 Gashyantare, yasoje manda ye nk’Umuyobozi ushinzwe amavugurura y’Umuryango wa Afurika yunze Ubumwe. Ni inshingano Umukuru w’Igihugu wahise asimburwa na Perezida William Ruto wa Kenya yari amaranye imyaka umunani. Perezida Kagame yazisoreje i Addis-Abeba muri Ethiopia, aho kuri uyu wa Gatandatu yari yitabiriye inama isanzwe ya […]
I Mweso M23 yongeye gukorogana na FARDC n’ihuriro ryayo
Kuri uyu wa gatandatu, imirwano yongeye gukara hagati ya FARDC n’umutwe wa M23 mu gace ka Mweso, Bashali na Mokoto muri Teritwari ya Masisi. Amakuru aturuka muri ako gace avuga ko iyi mirwano yahanganishije impande zombi yagiye isatira ibindi nbice Mbuhi. Nta makuru menshi yatanzwe kuri iyi mirwano, gusa abanyamakuru begamiye kuri Leta na sosiyete […]
FARDC irashinja drones za RDF kurasa ku ndege zayo z’intambara
Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), kirashinja RDF cy’u Rwanda kugaba igitero cya za drones ku ndege zacyo z’intambara zari ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Goma. Umuvugizi wa FARDC mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, Lt Col Guillaume-Ndjike Kaiko, yavuze ko icyo gitero cyabaye saa munani z’urucyerera rwo kuri uyu wa Gatandatu tariki ya […]
Chris Froome wegukanye Tour de France inshuro 4 ari mu bazitabira Tour du Rwanda
Mu gihe habura amasaha macye ngo hatangire irushanwa ryo gusiganwa ku magare mu Rwanda, hari umwihariko uzagaragaramo nk’uko byatangajwe.Umwihariko w’iri rushanwa ni uko harimo abakinnyi n’amakipe aremereye. Ku nshuro ya 16 mu Rwanda hagiye gukinwa isiganwa, Tour du Rwanda, ni isiganwa rigiye gukinwa n’ibihangange aho umunani bakinnye isiganwa rikomeye rya Tour de France Kuri iki […]
Afurika y’Epfo yasubijwe imirambo y’abasirikare bayo baherutse kugwa muri Congo
Imibiri y’abasirikare babiri bo muri Afurika y’Epfo biciwe muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo (DRC) basubijwe mu gihugu cyabo kuri uyu wa Gatanu taliki 16 Gashyantare 2024, naho abakomeretse ngo bakomeje kwitabwaho. Ku ya 14 Gashyantare 2024 ,nibwo igisasu cyaguye muri kimwe mu birindiro by’ingabo bya Afurika y’Epfo bikomeretsa abasirikare batatu ba SANDF abandi babiri […]
Polisi yavuze igishobora kuba cyateye inkongi y’umuriro yibasiye isoko rya Kigeme
Polisi mu Ntara y’Amajyepfo itangaza ko hacyekwa umuriro w’amashanyarazi ko ariwo waba wabaye intandaro y’inkongi y’umuriro yibasiye isoko ry’impunzi za Kigeme ribarizwa mu Karere ka Nyamagabe . Byatangajwe n’umuvugizi wa Polisi wa Polisi mu Ntara y’Amajyepfo Superintendent of Police (SP) Emmanuel Hitiyaremye gusa ngo amakuru arambuye ku cyateye iyi nkongi aracyashakishwa. Yavuze ko ari isoko […]
Urujijo ku bisasu byarashwe ku kibuga cy’indege cya Goma
Amakuru aturuka i Goma aravuga ko mu rucyerera rwo kuri uyu wa Gatandatu ibisasu bibiri byaguye ku kibuga cy’indege cyo muri uyu mujyi. Byabaye mu ma saa munani z’urucyerera rwo kuri uyu wa Gatandatu. Kugeza ubu haracyari urujijo ku bijyanye n’aho ibyo bisasu byaturutse, kuko ntacyo Guverinoma ya RDC irabivugaho. Ibi bisasu cyakora byarashwe i […]
Tshisekedi yongeye kwinangira ku byo kuganira na M23
Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yongeye kwinangira, avuga ko nta biganiro azigera agirana n’umutwe wa M23. Yabitangarije i Addis-Abeba aho we n’abakuru b’ibihugu bagenzi be bahuriye mu nama yigaga ku bibazo byo mu burasirazuba bwa RDC. Ni inama yari yatumijweho na Perezida Joà£o Lourenà§o wa Angola, yitabirwa n’abarimo Perezida Paul […]
Biden yashyize urupfu rwa Navalny kuri Putin
Perezida Joe Biden wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yashinje mugenzi we Vladimir Putin w’u Burusiya kuba ari we wihishe inyuma y’urupfu rwa Alexei Navalny utavugaga rumwe n’ubutegetsi bwe. Ku wa Gatanu tariki ya 16 Gashyantare ni bwo Navalny w’imyaka 47 y’amavuko yapfuye aguye muri gereza yari afungiyemo. Uyu mugabo wanengaga cyane Putin n’ubutegetsi bwe […]
Uwabaye Perezida wa Afurika y’Epfo ntiyumva impamvu abasirikare bayo bakomeje kwicirwa muri RDC
Thabo Mbeki wahoze ari Perezida wa Afurika y’Epfo, yagaragaje ko atumva impamvu abasirikare ba kiriya gihugu bakomeje gupfira muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo mu gihe abarwanyi b’umutwe wa M23 bagiye kurwanya bafite impamvu zumvikana zo gutuma barwana. Mbeki wayoboye Afurika y’Epfo imyaka icyenda (hagati ya 1999 na 2008) yabitangaje ku wa Gatanu, ubwo yari […]
Perezida Kagame yahuye na Tshisekedi
Perezida Paul Kagame ku wa Gatanu tariki ya 16 Gashyantare, yahuriye mu nama yiga ku bibazo bya RDC n’abarimo Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Abakuru b’ibihugu byombi bahuriye i Addis-Abeba muri Ethiopia, aho bitabiriye inama isanzwe ya 37 y’inteko rusange y’Umuryango wa Afurika yunze Ubumwe. Perezida Joà£o Lourenà§o wa Angola […]
FDLR na yo yinjiye mu Kibira, iritegura gufatanya n’Ingabo z’u Burundi ‘gutera u Rwanda’
Amakuru aturuka mu gihugu cy’u Burundi aravuga ko inyeshyamba z’imitwe ya FDLR na FLN irwanya ubutegetsi bw’u Rwanda zamaze kwinjira mu ishyamba rya Kibira ry’i Burundi, amakuru akavuga ko ziteganya gufatanya n’Ingabo z’u Burundi kugaba ibitero ku Rwanda. Amakuru y’uko “izo nyeshyamba zivuga Ikinyarwanda” zamaze kwinjira mu Kibira yatanzwe n’abaturage bo mu duce twa Rutorero, […]
Kigali: Umukingo wagwiriye inzu abantu babiri barapfa
Mudugudu wa Agakomeye, Akagari ka Nyamabuye, Umurenge wa Gatsata mu Karere ka Gasabo, haravugwa amakuru y’abantu babiri bishwe n’umukingo waridutse warituwe n’imvura yaraye iguye kuri uyu wa Kane Taliki 15 Gashyantare 2024. Ni imvura yarituye umukingo wari ukikijwe n’urukuta rw’amabuye maze abantu babiri barapfa abandi barakomereka. Umuvugizi wa Polisi y’Igihugu, ACP Boniface Rutikanga, yavuze ko […]
U Rwanda rwasabye Loni kureka guha ubufasha ingabo za SADC ziri muri RDC
Guverinoma y’u Rwanda yaburiye Umuryango w’Abibumbye ku bufasha bw’ibikoresho uha Ingabo za SADC ziri muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, iwuburira ko bushobora guteza amakimbirane mu karere k’ibiyaga bigari. Ni ibikubiye mu ibaruwa Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Dr Vincent Biruta yandikiye akanama gashinzwe umutekano k’Umuryango w’Abibumbye. Mu kwezi gushize ni bwo SADC (Umuryango w’ibihugu byo muri […]
Inzu z’ahazwi nko kwa Dubai ziri mu zigiye gusenywa
Mu rwego rwo kwirinda ko hari inzu zishobora gushyira ubuzima bw’abazituyemo mu kaga,Umujyi wa Kigali ugiye gukuraho inzu zirimo n’izo mu Mudugudu w’ahazwi nko kwa Dubai zubatse mu buryo bunyuranye n’amategeko. Izi nzu zigiye gukurwaho nyuma y’ubugenzuzi bwakozwe n’Umujyi wa Kigali ugasanga hari izubatswe binyuranye n’amategeko, izindi zubakwa hatagendewe ku byangombwa byatanzwe. Muri Mata 2023 […]
Raila Odinga yateguje kandidatire ku buyobozi bwa komisiyo ya Afurika yunze Ubumwe
Raila Odinga usanzwe atavuga rumwe na Leta ya Kenya yatangaje ko yiteguye gutanga kandidatire yo kuyobora komisiyo ya Afurika yunze Ubumwe binyuze mu bikorwaremezo. Aganira n’itangazamakuru i Nairobi, Odinga wahoze ari Minisitiri w’intebe, yavuze ko yiteguye gukora ibishoboka byose akayobora uyu muryango dore ko ngo na mbere yari afite umwanya uhagarariye AU ushinzwe ibikorwa remezo. […]
RDC-SADC : Urupfu rw’abanya Afurika y’Epfo rwageretswe kuri RDF na M23

Repuburika Iharanira Demokarasi ya Congo yageretse urupfu rw’Abanyafurika y’Epfo ba SANDF kuri RDF na M23 nyuma y’uko baturikanywe n’igisasu cyaturikiye mu birindiro by’ingabo za SADC ziri muri iki gihugu mu bikorwa byo kurwanya umutwe wa M23. Mu itangazo rigenewe Abanyamakuru Minisiteri y’Itumanaho n’Itangazamakuru yashyize hanze, yavuze ko ingabo z’u Rwanda na M23 aribo bari inyuma […]
Haravugwa akaboko ka ba Jenerali 2 mu ifungwa ry’umunyamakuru Irangabiye
Abasirikare babiri bo mu gisirikare cy’u Burundi bo ku rwego rwa ba Jenerali, baratungwa agatoki mu gutuma umunyamakuru Irangabiye Floriane afungwa. Ku wa 13 Gashyantare Urukiko rw’Ikirenga rw’u Burundi rwateye utwatsi ubujurire bw’uyu munyamakuru wahoze akorera Radio yitwa igicaniro, rugumishaho igifungo cy’imyaka 10 yari yarakatiwe. Irangabiye wafatiwe i Bujumbura muri Kanama 2022 avuye i Kigali, […]
Perezida Kagame ari muri Ethiopia
Perezida Paul Kagame yageze i Addis-Abeba muri Ethiopia, aho yitabiriye inama isanzwe y’Inteko Rusange ya 37 y’Abakuru b’ibihugu n’aba za Guverinoma zigize Umuryango wa Afurika yunze Ubumwe. Inama iteganyijwe hagati yo ku wa Gatandatu tariki ya 17 no ku Cyumweru hagati ya 18 Gashyantare. Muri iyi nama biteganyijwe ko Perezida Kagame agomba kugeza ku bayitariye […]
Roumanie yemeje ko M23 yakoze mu bacancuro yohereje muri RDC
Guverinoma ya Roumanie yatangaje ko hari babiri mu bahoze ari abasirikare bayo baheruka kwicirwa muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, abandi barakomereka. Byatangajwe na Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga y’iki gihugu cyo ku mugabane w’u Burayi. Iyi Minisiteri yavuze ko usibye abapfuye hari na bane bakomeretse, ndetse umwe muri bo akaba ari hagati y’urupfu n’umupfumu. Guverinoma ya […]
MINISANTE yongeye guhumuriza abitiranya ibicurane biriho na COVID 19
Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda yahumurije abaturajye bibwira ko inkorora n’ibicurane bisigaye biriho atari COVID 19 nk’uko bamwe babitekereza. Urwego rw’ubuzima mu Rwanda kuri iki kibazo cy’ibicurane, abenshi bari kwitiranya na Covid-19 yihinduranyije, zivuga ko ubusanzwe muri aya mezi mu ntangiriro z’umwaka no mu mpera zawo iyi ndwara y’inkorora n’ibicurane ikunze kwibasira abantu ikaba inandura, nkuko […]
Romelu Lukaku yiganye Héritier Luvumbu
Umubiligi Romelu Lukaku yiganye abarimo Héritier Luvumbu wahoze akinira Rayon Sports, na we yikoma amahanga RDC ishinja “kuruca ikarumira ku bwicanyi” ivuga ko bukorerwa mu burasirazuba bwayo. Lukaku usanzwe afite inkomoko muri RDC, ni we wishyuye igitego cya AS Roma ubwo iyi kipe yo mu Butaliyani yakinaga na Feyenoord Rotterdam yo mu Buholandi, mu mukino […]
Gakenke: Batandatu barimo basenga bakubiswe n’inkuba
Abantu bane bapfuye abandi babiri bagira ihungabana, ubwo inkuba yakubitaga abantu batandatu bo mu karere ka Gakenke barimo basenga. Byabereye mu ku musozi wa Buzinganjwiri uherereye mu kagari ka Mbilima ho mu murenge wa Coko, ku gicamunsi cyo ku wa Kane tariki ya 15 Mutarama 2024. Amakuru y’iyi mpanuka yemejwe n’umuyobozi w’akarere ka Gakenke, Mukandayisenga […]
Congo yongeye guhakana ibiganiro na M23 inasaba amahanga guhana u Rwanda
DR.Congo yongeye gushimangira ko itazigera igirana ibiganiro n’umutwe wa M23 nk’uko byari bikomeje kuvugwa mu bitangazamakuru. Byagarutsweho na Patrick Muyaya usanzwe avugira Leta ya Congo, ubwo yaganiraga na BBC News kuri uyu wa Kane taliki 15 Gashyantare 2024. Yavuze ko Guverinoma ya Congo, itazigera iganira n’aba barwanyi,ahubwo asaba amahanga kotsa igitutu no gufatira ibihano uyu […]
UPDF yavuze ku byo kuba yaba yarohereje muri RDC ingabo zo guha M23 umusada
Igisirikare cya Uganda (UPDF), cyanyomoje amakuru avuga ko kimaze iminsi cyarohereje muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo Ingabo zo guha umusada inyeshyamba za M23. Kuva mu ntangiriro z’uku kwezi hakwirakwiye amakuru avuga Ingabo za UPDF zambutse muri RDC ku bwinshi ziciye muri Teritwari ya Rutshuru, zijya guha umusada M23 ihanganye mu mirwano n’ihuriro ry’ingabo za […]
Undi Munyarwanda ushinjwa Jenoside yakorewe Abatutsi yafatiwe mu Buholandi
Mu Buholandi hafatiwe undi Munyarwanda ushinjwa uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Ibitangazamakuru byo mu Buholandi bitandukanye, bibitangaza ko uyu mugabo w’imyaka 64, utatangajwe amazina ye,amakuru y’itabwa muri yombi kwe yamenyekanye kuri uyu wa Gatatu taliki 14 Gashyantare 2024. Yari atuye mu gace k’ahitwa Ede,muri komine ibarizwa mu mujyi rwagati w’Ubuholandi.Yafashwe n’itsinda mpuzamahanga rishinzwe […]
Abasirikare ba Afurika y’Epfo biciwe hafi y’i Goma
Igisirikare cya Afurika y’Epfo (SANDF) cyatangaje ko abasirikare babiri bacyo bapfiriye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, abandi batatu barakomereka. SANDF mu itangazo yasohoye yavuze ko abasirikare bapfuye n’abakomeretse bazize “igisasu cyatewe mu birindiro by’Ingabo za Afurika y’Epfo biri hafi y’i Goma”. Byabaye ku wa Gatatu tariki ya 14 Gashyantare 2024. SANDF yavuze ko abasirikare […]