Umutekano i Goma wakajijwe kugeza aho abasengeraga ku misozi bafatiwe ingamba zikaze

capturehyggyt.jpg

Mu mujyi wa Goma,umutekano ukomeje gukazwa kugeza ubwo abasengeraga ku misozi babujijwe kuzongera gukandagiza ibirenge byabo ku misozi bajya gusengerayo. Ubuyobozi bw’Umujyi wa Goma nibwo bwashimangiye iyo ngingo mu itangazo ryashyizwe hanze,aho bwasohoye itangazo ribuza buri muntu wese kutazongera kujya gusengera ku misozi mu rwego rwo gukaza umutekano. Ni itangazo ryasohotse ku munsi w’ejo kuwa […]

Gen Geraldine watorejwe mu Rwanda yagizwe Minisitiri w’Ingabo

Brig Gen (Rtd) Geraldine Janet George, umunya-Liberiakazi wize mu Rwanda, yagizwe Minisitiri w’Ingabo za kiriya gihugu cyo mu burengerazuba bwa Afurika. George yize amasomo ya gisirikare azwi nka “Company Commander Course” mu Ishuri rya Gisirikare ry’i Gako mu karere ka Bugesera. Mbere yo kugirwa Minisitiri w’Ingabo, yari asanzwe ari Umugaba Mukuru wungirije w’Ingabo za Liberia […]

Putin yemeje ko yifuza Biden ku butegetsi yitandukanya na Trump

Perezida w’Uburusiya, Vladimir Putin, yatangaje ko yifuza ko Joe Biden ariwe wazongera gukotorerwa kuyobora Amerika aho kuba Donald Trump. BBC itangaza ko icyo Putin ashingiraho yifuza Biden ku butegetsi, ngo ni uko afite ubunararibonye kandi ko ari umuntu wumva kandi ushobora kugirwa inama , mu gihe Trump ngo muri ibyo byose nta nakimwe yujuje. Mbere […]

Guverinoma iteganya iki ku bikoresho by’ubumenyingiro na siyansi byabaye iyanga mu mashuri?

Mu bikorwa bizamura iterambere ry’u Rwanda bikomeje gushyirwamo ingufu harimo kongera ireme ry’uburezi binyuze mu kongera imbaraga mu masomo y’ubumenyingiro na siyansi. Raporo zigenda zigaragaza ko hakiri imbogamizi ku bikoresho byifashishwa hatangwa ubumenyi mu bigo bitandukanye bibarizwamo ayo mashuri, gusa ngo harimo kwigwa uko byacyemurwa. Guverinoma y’u Rwanda ivuga ko igiye gushaka igisubizo cy’ibibazo bitandukanye […]

Sake: Umusirikare wa FARDC yaturikanwe n’igisasu

Umusirikare wa FARDC yakomeretse ku wa Gatatu tariki ya 14 Gashyantare, nyuma yo guturikanwa n’igisasu cyarashwe mu mujyi wa Sake ho muri Teritwari ya Masisi. I Sake hamaze igihe habera imirwano ikomeye ya FARDC n’inyeshyamba za M23; bijyanye no kuba buri ruhande rushaka kwigarurira uriya mujyi. Sosiyete Sivile yo muri Masisi yatangaje ko mu masaha […]

Nigeria:Abiganye umukono wa Buhari bakabikuza amamiliyoni y’amadorali bari guhigwa bukware

Nigeria yasabye Polisi mpuzamahanga ubufasha mu guta muri yombi abantu batatu bakekwaho gutegura ubujura bwa miliyoni 6.2 z’amadolari muri banki nkuru y’iki gihugu. Aya mafaranga ngo yanyerejwe hakoreshejwe imikono mihimbano, harimo n’iy’uwahoze ari Perezida Muhammadu Buhari. Abayobozi bakeka ubufatanye hagati y’aba bakekwa n’uwahoze ari umuyobozi wa banki nkuru ya Nigeria, Godwin Emefiele, nawe usanzwe akurikiranyweho […]

Depite Kinyamatama yasabiye mugenzi we kwirukanwa mu nteko nyuma yo kumwita indaya

Umudepite witwa Kinyamatama,yasabye Inteko Ishingamategeko ya Uganda ko yakwirukana mugenzi we witwa Zaake nyuma y’uko mu mwaka ushize amwise indaya ubwo yasuraga akarere ka Rakai ku munsi w’ubwigenge. Hon. Juliet Kinyamatama, yasabye komite ishinzwe amategeko mu Nteko Ishinga Amategeko kwirukana uyu mudepite ushinzwe Umujyi wa Mityana, Francis Zaake,anamusabira ko yasuzumwa uburwayi bwo mu mutwe. Ku […]

Luvumbu yageze i Kinshasa, yakirwa na Minisitiri

Umunye-Congo Héritier Luvumbu nyuma yo gutandukana na Rayon Sports yageze i Kinshasa, yakirwa mu cyubahiro. Ku wa Kabiri ni bwo Rayon Sports yatangaje ko yatandukanye n’uyu mukinnyi uri mu bari bayifatiye runini ku bwumvikane. Ni nyuma y’imyitwarire yaherukaga kugaragaza ku mukino w’umunsi wa 20 wa shampiyona Rayon Sports yakinagamo na Police FC, aho yakoze ikimenyetso […]

Kuva Sudan y’Epfo yakwigenga yabonye ambasaderi w’umugore uyihagararira muri UN

Sudani y’Amajyepfo yashyizeho Cecilia Adeng nk’uhagarariye iki gihugu mu muryango w’Abibumbye.Abaye umugore wa mbere ufite uyu mwanya kuva Sudan yakwigenga mu 2011. Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga muri iki gihugu ivuga ko uri uyu wa mbere, Cecilia A.M Adeng yashyikirije umunyamabanga mukuru Antonio Guterres impamyabumenyi ye ari nako ahita atangira manda ye ya diplomasi. Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga […]

Umupolisi wa Canada arashinjwa guha u Rwanda amakuru y’ibanga

Constable Elie Ndatuje wo muri Polisi ya Canada (RCMP), arashinjwa guha Guverinoma y’u Rwanda amakuru y’ibanga yerekeye ruriya rwego akorera. Uyu mupolisi w’imyaka 36 y’amavuko usanzwe akorera mu ntara ya Alberta, ubutabera bwa Canada bumukurikiranyeho ibyaha bibiri. Ni ibyaha birimo kutubahiriza icyizere no gukoresha mudasobwa mu buryo bunyuranyije n’amategeko. Ashinjwa kandi kutubahiriza ikizere binyuze mu […]

Wa munya kenya washijwe kwica umukunzi we w’umunyamerika agatoroka igihome yafashwe

Umugabo witwa Kevin Kinyanjui Kangethe uherutse gutoroka igipolisi cyo muri Kenya, yamaze kongera gutabwa muri yombi.Uyu mugabo yafatiwe mu gace kitwa Ngong mu birometero 23 uvuye mu mujyi wa Nairobi. Yari yatorotse mu mpera z’icyumweru gishize, nyuma yo guca murihumye abapolisi bari bamucunze aho yari afungiye biza kuvugwa ko yatorokeye muri bus itwara abagenzi bahita […]

Luvumbu yazinze utwangushye ubu ari kubarizwa i Goma

Héritier Nzinga Luvumbu wari umwe mu bakinnyi ngenderwaho wa Rayon Sports bakaza gutandukana ku bwumvikane buturutse ku mpande zombi, yamaze kuzinga utwangushye asubira muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ubu akaba arimo kubarizwa mu mujyi wa Goma. Ku rubuga rwa Twitter, hagaragaye ifoto ye yashyizweho n’umunyamakuru Steve bigaragara ko ari ahantu arimo kuruhukira nyuma yo […]

Hafi na Kinshasa ubwato bwagonganye benshi barapfa abandi baburirwa irengero

Abantu benshi bapfuye abandi baburirwa irengero nyuma y’uko amato abiri yagonganye ku mugezi wa Kongo hafi ya Kinshasa muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo. Ni impanuka y’ubwato yabaye kuri uyu wa Mbere taliki 12 Gashyantare 2024, abantu babarirwa mu binyacumi bahasiga ubuzima abandi bataramenyekana umubare baburirwa irengero. African news, itangaza ko nyuma y’akanya gato aya […]

Evariste Ndayishimiye yaraye kwa Tshisekedi

Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yaraye yakiriwe na mugenzi we Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bagirana ibiganiro. Ku gicamunsi cyo ku wa Kabiri tariki ya 13 Gashyantare ni bwo Ndayishimiye yahagurutse i Bujumbura yerekeza i Kinshasa. Itangazo ryasohowe n’ibiro bye rivuga ko yari yagiye mu biganiro birebana n’ishyirwa mu bikorwa […]

2023:Ubukungu bw’u Rwanda bwarazamutse burenga igipimo Leta yari yateganyije

Hakurikijwe ibipimo by’Ikigega cy’imari ku Isi (IMF), bigaragara ko ubukungu bw’u Rwanda bwazamutseho kugeza kuri 7% 2023.bisobanuye ko intego igihugu cyari cyihaye ya 6,2% Byasobanuwe na Minisitiri w’Intebe Dr Ngirente kuri uyu wa Kabiri taliki 13 Gashyantare 2024 agaragaza ibyagezweho na Guverinoma y’u Rwanda mu kuzamura urwego rw’ubukungu nyuma yo kuba bwari bwarazahajwe n’icyorezo cya […]

Iby’ingenzi wamenya ku munsi wa Saint Valentin wizihuzwa buri taliki 14 Gashyantare

Umunsi w’abakundana witiriwe Saint Valentin wizihizwa tariki 14 Gashyantare buri mwaka. Uwo munsi urangwa n’uko abakundana bibuka urukundo rwabo basangira, basohokana cyane cyane bahana impano zitandukanye ziganjemo indabyo. Umunsi wa Saint Valentin wakomotse ku mupadiri w’Umunyaromani witwa Valentin wabayeho ku gihe cy’umwami w’abami Claudius II ahagana mu myaka ya 269 na 273 mbere y’ivuka rya […]

Héritier Luvumbu ntakiri umukinnyi wa Rayon Sports

Ikipe ya Rayon Sports yatangaje ko yamaze gutandukana n’umunye-Congo Héritier Nzinga Luvumbu wari umukinnyi wayo. Rayon Sports ku rubuga rwayo rwa X yavuze ko yo na Luvumbu batandukanye “ku bwumvikane bw’impande zombi”. Rayon Sports yatandukanye n’uyu mukinnyi nyuma y’amasaha make ishyirahamwe ry’Umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA) rimuhanishije kumara amezi atandatu atagaragara mu bikorwa by’umupira w’amaguru. […]

Bemba yagurutse i Goma kwikiza M23 yifashishije MONUSCO

Minisititiri w’Ingabo akaba na Visi Minisitiri w’Intebe,kuri uyu wa Kabiri yagarutse i Goma yizeza abaturage ko bagiye gufatanya na MONUSCO mu kurwanya umutwe wa M23, by’umwihariko ngo mu kubuza aba barwanyi gufata umujyi wa Sake umaze iminsi warabaye isibaniro y’intambara. Bemba agarutse i Goma, nyuma y’uruzinduko yari yagiriye muri uyu Mujyi kuwa Gatanu w’icyumweru gishize […]

M23 yateguje ab’i Sake ko igiye ‘kubabohora’

Umutwe wa M23 watangaje ko ufite gahunda yo kwigarurira Umujyi wa Sake, mu rwego rwo ‘kubohora’ abawutuyemo basumbirijwe n’ibitero by’ihuriro ry’Ingabo za Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Kuva mu mpera z’icyumweru gishize imirwano ikomeye ikomeje kujya mbere hafi y’uriya mujyi wo muri Teritwari ya Masisi, by’umwihariko mu misozi iwukikije. FARDC ibifashijwemo na FDLR, […]

Kagame na Erdogan baganiriye uko bashimangira ubufatanye

Perezida Paul Kagame kuri uyu wa Kabiri tariki ya 13 Gashyantare yahuye na Recep Tayyip ErdoÄŸan wa Tà¼rkiye, bagirana ibiganiro. Abakuru b’ibihugu byombi bahuriye i Dubai muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu, aho bitabiriye inama ya World Governments Summit ihuza abagize za Guverinoma zo hirya no hino ku Isi. Perezidansi y’u Rwanda ku rubuga rwayo rwa […]

Ntabwo nanga u Rwanda, Abanyarwanda n’abanye-Congo turi abavandimwe: Luvumbu

Umunye-Congo Héritier Nzinga Luvumbu yasabye kudafatwa nk’umwanzi w’u Rwanda kubera imyitwarire aheruka kugaragaza, ashimangira ko Abanyarwanda n’abanye-Congo ari abavandimwe. Luvumbu yabibwiye FERWAFA iheruka kumutumaho ngo asobanure iby’ikimenyetso aheruka gukora ubwo Rayon Sports akinira yakinaga na Police FC. Luvumbu ni we wafunguye amazamu muri uyu mukino w’umunsi wa 20 wa shampiyona, ku gitego cya Coup-Franc yatsinze […]

RDC:Urujijo ku bifaru bya UPDF byagaragaye Kitshanga na Mweso

Mu gihe intambara ikomeje gufata indi ntera mu Burasirazuba bwa Congo, hari amakuru akomeje kugenda avugwa hirya no hino cyane ayerekeye ku mirwano.Amwe mu yavugwa ariko ateye urujijo n’ay’imodoka 20 n’ibifaru by’intambara bigera kuri 4, bivugwa ko ari iby’igisirikare cya Uganda kirimo gufasha M23. Ni amakuru ikinyamakuru Kivu Morning Post kivuga ko yatangajwe n’uwitwa Aimé […]

Sudan:Abagore n’abakobwa bize amayeri yo kwirwanaho mu gihe intambara ikomeje gukara

Mu gihe intambara yo muri Sudani ikomeje abagore n’abakobwa bagiye biga ubumenyi bushya mu kigo cy’imyitozo y’imirwano cyashyizwe mu cyahoze ari ishuri. Amezi 10 y’imirwano yabaye hagati y’igisirikare cya Sudani, iyobowe na Jenerali Abdel Fattah Burhan, n’ingabo za Rapid Support Force, umutwe w’abaparakomando ukomeye uyobowe na Jenerali Mohammed Hamdan Dagalo, watsembye igice kinini cy’abaturage muri […]

Samia Suluhu yahuye na Papa Francis bagirana ibiganiro

Kuri uyu wa mbere, taliki 12 Gashyantare 2024, Perezida wa Tanzaniya, Samia Suluhu Hassan, yahuye na Papa Fransisiko i Vatikani, agirana agirana nawe ibiganiro ku iterambere ry’imibereho muri Tanzaniya no guteza imbere amahoro muri Afurika. Samia na Papa bombi bumvikanye kandi gushimangira umubano w’ububanyi n’amahanga hagati ya Tanzaniya na Vatikani.Samia yavuze ko yishimiye uruhare rwa […]

FERWAFA yahannye ‘abasifuzi bibye APR FC’ ikina na Police FC

Ishyirahamwe ry’Umupira w’amaguru mu Rwanda ‘FERWAFA’ rwamaze gufatira ibihano abasifuzi basifuye umukino wa nyuma w’irushanwa ry’ubutwari, nyuma yo gukora amakosa yatumye APR FC itwarwa Igikombe na Police FC. Ku wa 01 Gashyantare ni bwo Police FC yatwaye Igikombe cy’irushanwa ry’ubutwari, nyuma yo gutsinda APR FC ibitego 2-1. Ni umukino waranzwe n’imisifurire itaravuzweho rumwe yanateye ubushyamirane […]

Abanyarwanda basabwe kwigaragaza mu iserukiramuco rigiye guhuririmo abahanzi 200

Mu gihe mu mu Rwanda hagiye kubera iserukiramuco rizahurizwamo abahanzi 200, Abanyarwanda basabwe kubyaza umusaruro ibyo bafite kuko ari amahirwe aboneka gacye. Ni iserukiramuco Mpuzamahanga rizamara iminsi 10, ryiswe “Kigali Trialennial” rigiye kuba ku nshuro yaryo ya mbere, rikazabera i Kigali guhera tariki 16 kugeza 25 Gashyantare 2024. Rizahuza abahanzi baturutse mu bihugu 25. Umunyamabanga […]

Twiteguye kujya mu biganiro: Minisitiri Lutundula

Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ikomeje koroshya imvugo ku byo kuba yajya mu biganiro na M23, nyuma y’igihe yararahiye ko itazigera na rimwe iganira n’uyu mutwe. Kinshasa imaze igihe yotswa igitutu n’ibihugu nka Leta Zunze Ubumwe za Amerika, u Bufaransa, u Bwongereza, u Bubiligi na Israel isabwa kujya mu biganiro na M23; nk’inzira nyayo yakemura […]

Ramaphosa yategetse SANDF kohereza muri RDC abandi basirikare 2,900

Perezida Cyril Ramaphosa wa Afurika y’Epfo akanaba Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’icyo gihugu, yategetse ko hoherezwa abandi basirikare 2,900 muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Ni amakuru yemejwe na Perezidansi ya Afurika y’Epfo, mu itangazo yasohoye ku mugoroba wo ku wa Mbere tariki ya 12 Gashyantare. Afurika y’Epfo isanzwe ifite muri RDC Ingabo zoherejweyo binyuze mu […]

Rayon Sports yitandukanyije na Héritier Luvumbu

Ikipe ya Rayon Sports yatangaje ko yitandukanyije n’umunye-Congo Héritier Luvumbu, nyuma y’imyitwarire yagaragarije mu mukino we na bagenzi be batsinzemo Police FC ibitego 2-1. Luvumbu ni we wafunguye amazamu muri uyu mukino w’umunsi wa 20 wa shampiyona, ku gitego cya Coup-Franc yatsinze ku munota wa 53 w’umukino. Mu kwishimira icyo gitego yagaragaye yashyize intoki ebyiri […]

Loni irashinja RDF kugerageza kurasa drone yayo ikoresheje missile karahabutaka

Umuryango w’Abibumbye urashinja Ingabo z’u Rwanda kwifashisha missile ihanura indege izwi nka surface-to-air missile mu kugerageza kurasira drone yayo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Loni yashyize ibyo birego kuri RDF biciye mu nyandiko yasohoye Ibiro Ntaramakuru AFP bivuga ko byabonye. Iyo nyandiko ivuga ko ku wa Gatatu tariki ya 7 Mutarama “missile bikekwa ko […]

Minisitiri Biruta yakiriye mugenzi we w’Ububanyi n’Amahanga wa Portugal

Uyu munsi, Minisitiri,Biruta yahaye ikaze JoaoCravinho,Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Porutugali uri mu Rwanda mu ruzinduko rw’iminsi ibiri. Abaminisitiri bombi bagiranye ibiganiro ku gushimangira ubufatanye hagati y’u Rwanda na Porutugali. Bunguranye ibitekerezo kandi ku bibazo byo mu karere no ku isi muri sange. Ubusanzwe umubano wa Portugal n’u Rwanda ni nta macyemwa by’umwihariko rishingiye ku iterambere […]

Tanzania :3 mu bagiye gushyingura bakubiswe n’inkuba barapfa ,abandi 18 barakomereka

Muri Tanzania abantu 3 bapfuye, bakubiswe n’inkuba abandi 18 barakomereka ubwo bari bagiye gushyingira. Mu mpera z’icyumweru dusoje nibwo I DAR ES SALAAM abaturage batatu bahapfiriye abandi 18 barakomereka nyuma y’inkuba yabahitanye ubwo bari bitabiriye umuhango wo gushyingura mu karere ka Lindi mu majyepfo ya Tanzaniya, nk’uko umwe mu bayobozi yabitangarije Xinhua kuri iki cyumweru. […]

Igisubizo cya P. Kagame ku wamubajije niba abona akwiriye kongera gutorwa

Perezida Paul Kagame yatangaje ko amatora ari yo azagena niba koko ari we mukandida ukwiriye gutorerwa gukomeza kuyobora u Rwanda, agaragaza ko byaba byiza abantu bayategereje. Umukuru w’Igihugu yabitangarije i Dubai muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu, ubwo yaganiraga n’umunyamakuru Eleni Giokos wa CNN. Muri iki kiganiro Perezida Paul Kagame yabajijwe niba abona afite icyizere cyo […]

Héritier Luvumbu ashobora kwirukanwa ku butaka bw’u Rwanda

Ikipe ya Rayon Sports ishobora gusesa amasezerano ifitanye n’umunye-Congo Héritier Luvumbu ndetse akanirukanwa ku butaka bw’u Rwanda, nyuma yo kugaragaza ko ashyigikiye ibirego bishinja u Rwanda gukorera ubwicanyi abanye-Congo. Luvumbu ni we wafunguye amazamu mu mukino w’umunsi wa 20 wa shampiyona Rayon Sports yaraye itsinzemo Police FC ibitego 2-1. Mu kwishimira icyo gitego yagaragaye yashyize […]

FARDC Vs M23: Imirwano ikaze i Masisi na Nyiragongo

Imirwano ikomeye kuri uyu wa Mbere yaramukiye mu bice bya za Teritwari za Masisi na Nyiragongo hagati y’inyeshyamba z’umutwe wa M23 n’Ihuriro ry’Ingabo za Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. M23 nk’ibisanzwe irashinja FARDC n’abo bakorana kugaba ibitero ku birindiro byayo, ndetse no kurasa mu duce dusanzwe dutuwe n’abaturage benshi. Lawrence Kanyuka uvugira uyu […]

Perezida Ndayishimiye yirukanye intasi nkuru y’u Burundi

Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yirukanye ku mirimo Général de brigade Silas Pacifique Nsaguye wari ukuriye ubutasi bwa gisirikare. Mu Cyumweru gishize ni bwo Général de Brigade wari ukuriye ubutasi bw’u Burundi kuva muri 2021 asimbuye Colonel Ernest Musaba yirukanwe, asimburwa na Colonel Jean d’Affaires Manirakiza. Amakuru avuga ko iyi ntasi nkuru y’u Burundi yaba […]

Meteo yongeye guteguza imvura iremereye

Mu gice cya kabiri hagati ya tariki ya 11-20 z’ukwezi kwa Gashyantare 2024, ingano y’imvura iteganyijwe izaba iri hejuru y’ikigero mpuzandengo cy’imvura isanzwe igwa mu bice byose by’igihugu. Ikigo cy’Igihugu cy’Iteganyagihe kivuga ko kuva tariki ya 11 kugeza ku ya 20 Gashyantare 2024 ingano y’imvura iri hagati ya milimetero 20 na 160 ari yo iteganyijwe […]

Hagiye kuba impinduka ku biciro byo gutwara abagenzi

Guverinoma yatangaje ko mu gihe cya vuba abatega imodoka rusange bazajya bishyura amafaranga bitewe n’aho imodoka ibagejeje, aho kuba aho imodoka yerekeza. Ibi biri mu rwego rwo korohereza abaturage kutaremererwa n’igiciro cy’ingendo mu gihe izaba yahagaritse nkunganire yatangiraga umugenzi. Ni mu gihe ubusanzwe umugenzi yishyuraga amafaranga yose y’urugendo aho yaba avuye ahariho hose kugera aho […]

CAN FINAL:Côte d’Ivoire yazamukiye kuri Mana mfasha yatwaye igikombe

Côte d’Ivoire yatsinze Nigeria ibitego 2-1 yegukana igikombe cya Afurika 2023 ni nyuma y’uko yatsinze yaturukaga inyuma hafi yo gusezererwa, ariyo mpamvu byafashwe nk’ibitangaza. Côte d’Ivoire yayoboye uyu mukino kuva utangiye kuko ku munota wa 7, Adingra yakase umupira mwiza imbere y’izamu,Max Gradel uramucika. Ku munota wa 33, Adingra yinjiye mu rubuga rw’amahina,ateye ishoti rikomeye […]

Ibihugu 10 bya Afurika bifite igisirikare cya nta kigenda kurusha ibindi muri 2024

Mu ntangiriro z’uyu mwaka urubuga ’Global FirePower’ rwerekana uko ibihugu by’Isi birutana mu mbaraga za gisirikare, rwasohoye urutonde rwerekana uko ibihugu by’Isi birutana muri uyu mwaka wa 2024. Urutonde rwa Global Firepower Index abarukora bagendera ku ngingo zigera kuri 60 zirimo ingengo y’imari ikoreshwa mu gisirikare, umubare w’ababakizwamo n’ibikoresho bya gisirikare nk’intwaro, imodoka, amato ndetse […]

APR FC nyifata nka Papa, Rayon Sports ikaba ‘umucyura’ wa mama: Rwatubyaye

Myugariro Rwatubyaye Abdul yagaragaje APR FC nk’ikipe y’agaciro cyane kuri we ugereranyije na Rayon Sports aherukamo. Uyu myugariro w’Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’ yagereranyije uko afata aya makipe yombi, ubwo yaganiraga na B&B FM Umwezi. Muri iki kiganiro umunyamakuru Jado Castar yamubajije umukino yareba APR FC yaba irimo gukina na Kiyovu Sports, ariko hari n’undi mukino uri […]

Burundi:Nta munyamakuru uzongera gufungirwa ibyo yatangaje niyo byaba birimo amakosa

Mu gihe mu Burundi abanyamakuru bajyaga bavuga ko bahohoterwa rumwe na rimwe bikabaviramo gufungwa, kuri ubu Inama y’Abaminisitiri iherutse guterana yemeje ko nta munyamakuru uzongera gufungirwa amakosa y’umwuga Itangazo rivuga ko kuva hagiyeho ibwiriza ryo muri Nzeri 2018, rigenga gutangaza amakuru, abakorera muri icyo gice bose bahuriza ku gitekerezo cy’uko ingingo zimwe na zimwe z’iryo […]

Museveni yaba yakoze impinduka zikomeye muri Guverinoma ya Uganda

Amakuru aturuka muri Perezidansi ya Uganda aravuga ko Perezida Yoweri Kaguta Museveni yakoze impinduka muri Guverinoma ya kiriya gihugu. Ni impinduka zigaragarira ku rutonde rw’abagize Guverinoma rwashyizwe hanze by’impanuka n’ibiro bya Museveni ku mugoroba w’ejo ku wa Gatanu, mbere yo guhita ruvanwa ku karubanda byihuse. Impinduka zatangajwe bivugwa ko Museveni yatangiye kuzikora mu mpera z’umwaka […]

RDC:Muri Nyiragongo imirwano imeze nabi

Imirwano M23 na FARDC nabayifasha barimo Wazalendo bongeye gukozanyaho mu mirwano yabereye mu mudugudu wa Kanyamahoro mu gace ka Nyiragongo mu majyaruguru y’Umujyi wa Goma ku muhanda wa Goma Rutshuru. Gutangira imirwano yabereye i Kanyamahoro muri Nyiragongo muri iki gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu taliki 10 Gashyantare 2024, Ingabo za FARDC zagabye igitero ku […]

Eid Mugadam Abakar yatangajwe nk’umukinnyi wa Al Ahli SC Tripoli

Umunya Sudan Eid Mugadam Abakar Mugadam wakiniraga Rayon Sports yamaze gutangazwa nk’umukinnyi mushya wa Al Ahli SC Tripoli yo muri Libya. Iyi kipe isanzwe ikinamo myugariro Manzi Thierry wakiniye Rayon Sports akaba n’umukinnyi w’ikipe y’igihugu Amavubi. Bitewe n’uko muri Sudan hari ibibazo by’intambara, abakinnyi bakomoka muri iki gihugu na Palestine bari gukina nk’abenegihugu muri Libya, […]

MINICOFIN yatangaje ingano y’umutungo uziyongera mu isanduku ya Leta 2023-2024

Ingengo y’imari ivuguruye iziyongeraho miliyari 85,6 z’amafaranga y’u Rwanda Ku wa 8 Gashyantare 2024, ari nako umutungo winjira mu isanduku ya Leta uziyongera. Ni ibyagarutsweho na Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi, Dr. Uzziel Ndagijimana ubwo yashyikirizaga Inteko Ishinga Amategeko umushinga w’ingengo y’imari ivuguruye ya 2023/2024 kuri uyu wa Kane tariki ya 8 Mutarama 2024. Yagaragaje impinduka z’ingenzi […]

Claire Akamanzi yagaragaye yitabiriye umukino wa shampiyona ya Basket

Clare Akamanzi wahoze ari Umuyobozi Mukuru w’Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere, akaza kugirwa Umuyobozi Mukuru wa NBA Africa, yitabiriye umukino wa basket. Uyu muyobozi wa NBA Africa Clare Akamanzi yaraye yitabiriye umukino wa mbere wa Basketball wa Shampiyona nyarwanda wahuje REG na Inspired Generation wabereye muri BK Arena. Ni imikino ya igizwe Shampiyona nyarwanda ya Basketball yitwa […]

Ibice 5 abagabo babujijwe gukoraho ku bagore mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina

Inzobere mu byerekeye ubuzima bw’imyororokere mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina hari ubwo abari muri icyo gikorwa bashobora gutwarwa, ku buryo bashobora no kwisanga barenze imbibi zijyana n’imigendekere myiza yacyo ku bwo gutwarwa. Ni muri urwo rwego abakora imibonano bagirwa inama yo kwitonda, kuko hari aho umwe ashobora gukora undi bikarogoya ibyo byishimo. Hari ibice bitanu abagabo […]

CAF yinjiye mu banzi ba RDC izira u Rwanda

Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yijunditse impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru muri Afurika (CAF), nyuma yo kuyishinja gufata nabi abafana b’ikipe y’igihugu ya RDC ‘Les léopards’. Umwuka mubi hagati y’impande zombi wadutse ku wa Gatatu w’iki cyumweru, mu mukino wa ½ cy’irangiza cy’Igikombe cya Afurika RDC yatsinzwemo na Côte d’Ivoire igitego 1-0. Nyuma y’uyu mukino […]

M23 yahanuye indi drone y’intambara ya FARDC

Umutwe wa M23 watangaje ko wahanuye drone ya kabiri y’intambara yo mu bwoko bwa CH-4 iri muri eshatu Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) cyari cyaraguze mu Bushinwa. Ni amakuru yemejwe n’umuvugizi w’Igisirikare cy’uyu mutwe, Lawrence Kanyuka. Mu mezi make ashize ni bwo FARDC yatangiye kwifashisha ziriya drones z’intambara mu kugaba ibitero ku […]

Ibihugu bikomeye bikomeje kotsa igitutu RDC

Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ikomeje kotswa igitutu n’ibihugu by’ibihangange ngo yemere imishyikirano, nk’umuti w’intambara ikomeje kubera mu burasirazuba bwa kiriya gihugu. Ni intambara Ingabo za Congo zikomeje kurwana n’umutwe wa M23, nyuma y’uko Kinshasa irahiye ko itazigera igirana ibiganiro n’uyu mutwe yahisemo kugerageza kwirukana yifashishije ingufu za gisirikare. Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga y’u […]

Rayon Sports yabonye agatubutse muri Rwatubyaye

Ikipe ya Rayon Sports yemeje ko yamaze gutandukana na myugariro Rwatubyaye Abdul wamaze gusubira muri FK Shkupi yo muri Macedonia ya Ruguru. Iyi kipe ibinyujije ku rubuga rwayo rwa X yatangaje ko “Abdul Rwatubyaye yerekeje byemewe n’amategeko mu kipe ya FK Shkupi yo muri Macedoia”. Rwatubyaye wagiye aguzwe, yasinye amasezerano y’imyaka ibiri yo gukinira iriya […]

RDC: Bemba na Christian Tshiwewe uyobora Ingabo bageze i Goma

Minisitiri w’Ingabo akaba na Visi Minisitiri w’Intebe wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ,Jean Pierre Bemba ari kumwe n’umuyobozi w’Ingabo Christian Tshiwewe basuye umujyi wa Goma kuri uyu wa Gatanu ,aho aje kureba uko umutekano wifashe. Baje muri uyu mujyi mu gihe urugamba ruhuza FARDC na M23 rumaze gufata indi ntera, aho mu duce tumwe […]

Mu cyigo cy’umupfumu Rutangwarwamaboko hagurumanye

Mu kigo cy’umuvuzi gakondo Rutangwarwamaboko hibasiwe n’inkongi y’umuriro ariko ku bw’amahirwe ntiyagira umuntu ihitana n’ubwo hari ibyangiritse. Ni inkongi yibasiye iyi nyubako kuri uyu wa Gatanu taliki 09 Gashyantare 2024, mu Karere ka Gasabo umurenge wa Gisozi mu kagali ka Musezero. Ni inkongi Polisi y’u Rwanda ivuga ko icyeka ko yaba yatewe n’abasudiraga umureko w’imwe […]

USA:Biden yarakaye cyane

Perezida Biden wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yarakariye bikomeye Raporo y’iperereza yagaragaje ko ngo afite ikibazo cy’iimitekerereze ishingiye kuzabukuru ituma atibuka neza.Iyi raporo ni imwe mu zimushinja ko bitewe n’uko ubwonko bwe butakibuka, byatumye yandarika dosiye zikubiyemo amabanga ya Amerika. Umujyanama wihariye muri minisiteri y’ubutabera Robert Hur yahamije ko Biden yabitse nabi amadosiye y’ibanga […]

Minisitiri Gen (Rtd) Kabarebe yakiriye Ambasaderi wa Brasil mu Rwanda

Umunyamabanga wa Leta ushinzwe Afurika y’Iburasirazuba muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Gen (Rtd) James Kabarebe yakiriye Ambasaderi wa Brazil mu Rwanda, Silvio José Albuquerque e Silva. Ibiganiro by’aba bayobozi byibanze ku gushakisha uburyo bwo kurushaho gushimangira ubufatanye bw’ibihugu byombi. uyu Ambasaderi usanzwe ufite icyicaro i Nairobi muri Kenya, kuri uyu wa gatanu taliki 09 Gashyantare […]

Burundi: Abasirikare banze kujya kurwana na M23 batangiye kwicwa

Urwego rushinzwe iperereza mu Burundi (SNR) biravugwa ko rwatangiye kwica Imbonerakure n’abasirikare ba kiriya gihugu banze kujya kurwana n’umutwe wa M23 mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Ababarirwa mu munani ni bo bamaze kwicwa, nk’uko Radio Publique Africaine ibivuga. U Burundi bumaze igihe bwohereza muri RDC abasirikare n’Imbonerakure bo guha umusada Ingabo za […]

Kazungu Dennis ushinjwa ibyaha birimo kwica abantu 14 yasabiwe gufungwa burundu

Ubushinjacyaha bwasabiye Kazungu Dennis gufungwa burundu nyuma yo gushinjwa ibyaha 10 yagiye akora mu bihe bitandukanye mbere y’uko atabwa muri yombi. Kazungu kandi yasabiwe gutanga ihazabu y’asaga miliyoni 10Frw. Ahawe umwanya ngo yiregure, yavuze ko ibyaha byose abyemera. Iki gifungo yagisabiwe kuri uyu wa Gatanu taliki 09 Gashyantare 2023.Ni nyuma y’uko Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge […]