Nicki Minaj arabyinira ku rukoma

capturejjj.png

Umuhanzikazi w’umuraperi, Onika Tanya Maraj- Petty uzwi nka Nick Minaji arabyinira ku rukoma nyuma y’uko umubare w’abantu ama miliyali bumvise indirimbo ze. Uyu muraperi yigeze gutangaza ko ahagaritse umuziki, ariko akaba aherutse gushyira hanze album, yamaze guca agahigo kadafitwe n’undi muraperikazi uwariwe wese ku rubuga rwa Spotify. Uyu Nicki Minaj yujuje abantu bagera kuri miliyari […]

Urutonde rwa Coup d’état 7 zimaze kuba muri Afurika mu myaka 3 ishize

Ku wa Gatatu tariki ya 29 Kanama, Ali Bongo Ondimba wari Perezida wa Gabon yahiritswe ku butegetsi n’abasirikare bayobowe na Général Brice Clotaire Oligui Nguema wari ukuriye umutwe w’abasirikare bashinzwe kumurinda. Coup d’état yo muri Gabon yabaye nyuma y’ukwezi kumwe muri Niger na ho habaye ihirika ry’ubutegetsi bw’uwari Perezida w’icyo gihugu, Mohamed Bazoum. Muri rusange […]

Umugabo atandukanya ate uburyohe buva ku mugore ufite ikibuno kinini n’ufite gitoya?

Ni kenshi abantu bajya bibaza niba gukora imibonano mpuzabitsina n’umugore ufite ikibuno gito biryoha nk’uko ufite gito bimera gusa ikigaragara ntabwo bikunze kuvugwaho rumwe. Muri kamere muntu yaba abagore muri rusange cyangwa abagabo bagira amarangamutima atandukanye.Uzasanga aho uzumva umuntu avuze ati njye nkunda umugabo ubyibushye, unanutse , uringaniye cyangwa se n’undi bitewe n’uko abyiyumvamo cyo […]

Marina ku rutonde rw’abahanzikazi bakomeje kuba impenebere mu muziki

Marina akomeje kubura mu muziki

Umuhanzikazi Uwase Ingabire Marina Ukoresha amazina ya “Marina” mu muziki nyarwanda,ni umuhanzikazi w’umunyarwanda wari umaze kubaka izina mu myaka ishize ariko kuri ubu akaba asa n’uwitandukanije n’umuziki. Uyu muhanzikazi aheruka kuvugwa haba mu bitangazamakuru no muri rusange ubwo hasohokaga indirimbo yakoranye n’umuhanzi Yvan Muzika bise “Intare batinya”.Iyi akaba ari iya Kamaliza basubiyemo. Gusa nyuma yo […]

Muri Stade Amahoro habonetse imibiri irenga 30

Imibiri 32 bikekwa ko ari iy’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, yataburuwe muri Stade Amahoro i Remera. Iyi mibiri yatangiye kuboneka mu byumweru bibiri bishize. Umukozi ushinzwe imibereho myiza y’Abaturage mu murenge wa Remera, Pauline Rutazana, yabwiye The New Times ko kuri ubu harimo gukusanywa amakuru hagamijwe kumenya ba nyiri iriya mibiri, ndetse n’intandaro y’urupfu […]

Jackie Chandiru yemeye gufasha Leta mu kwiyegereza urubyiruko rwayinaniye

Jackie Chandiru yigobotoye ibiyobyabwenge

Umucuranzi Jackie Chandiru yari amaze imyaka myinshi yarabaswe n’ibiyobyabwenge byanamuviriyemo kureka umuziki nyuma yo kujyanwa mu bitaro ngo yitabweho. Uyu muhanzikazi ariko kugeza ubu amaze gukira byimazeyo kandi yitabira cyane ubukangurambaga bugamije gukumira no kurwanya ibiyobyabwenge mu rubyiruko mu gihugu cya Uganda. Mu mpera z’icyumweru gishize, Chandiru yasuye kandi Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko, Annet Anita, […]

Bite bya Ali Bongo wahiritswe ku butegetsi n’Igisirikare cya Gabon?

Itsinda ry’abasirikare bahiritse ubutegetsi bwa Gabon, ryatangaje ko Ali Bongo Ondimba wari Perezida w’iki gihugu yafungiwe iwe mu rugo. Aba basirikare mu itangazo basomeye kuri Televiziyo y’Igihugu banavuze ko umwe mu bahungu ba Ali Bongo yatawe muri yombi azira “ubugambanyi”. Bati: “Perezida Ali Bongo yafungiwe iwe mu rugo, akikijwe n’umuryango we ndetse n’abaganga.” Mu gitondo […]

Umuhanzi R.Kelly akomeje gucumitwa uruhindu mu gisebe cy’umufunzo

Nyuma y’imyaka irenga ibiri umuririmbyi Robert Sylvester Kelly uzwi nka R.Kelly afunzwe, mu bihano yakatiwe kuri iyi nshuro hiyongereyeho andi mafaranga ibihumbi 500$. Ni nyuma y’uko mu 2021 yakatiwe igifungo cy’imyaka 31 akurikiranyweho ibyaha bitandukanye bijyanye n’ihohotera rishingiye ku gitsina. muri ibyo byaha yashinjwe bigera kuri 13 birimo kwereka abana amashusho y’urukozasoni ndetse no gutambamira […]

Rwanda: Ingo zirenga 987,000 ziracyarangwamo nyakatsi

Imibare y’ibyavuye mu ibarura ry’abaturage n’imiturire, yerekana ko mu Rwanda hari ingo zikabakaba miliyoni imwe zikirangwamo nyakatsi. Nyakatsi by’umwihariko iyo ku buriri, igaragazwa nka nyirabayazana y’indwara zikomoka ku mwanda, by’umwihariko amavunja. Leta y’u Rwanda imaze igihe yarahagurukiye guca burundu nyakatsi yo ku buriri, gusa birasa n’aho urugendo rwo kugira ngo icike rukuri rurerure. Ibyavuye mu […]

Ese ntibyari kuba byiza Prince Kid iyaba aretse kurongora agategereza ibizava mu rukiko?

fdcf8e71-97db-4c8e-81e6-77bb3d48ce63.jpg

Muri iki cyumweru nibwo hasakaye amakuru y’uko Ishimwe Dieudone agiye gukora ubukwe kuri uyu wa Gatanu taliki 01 Nzeri 2023 aho hazaba umuhango wo gusaba no gukwa nyuma hakazakurikiraho gusezerana imbere y’Imana. Uyu muhango ugiye kuba nyamara Prince Kid urukiko rwaramujuririye ku byaha yari akurikiranyweho harimo ibyaha byo gukoresha imibonano mpuzabitsina ku gahato no guhoza […]

Perezida Kagame yakoze impinduka muri RDF

Perezida Paul Kagame akanaba Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda (RDF), yazikozemo impinduka zasize azamuye mu ntera ba Lieutenant Colonel 10 abaha ipeti rya Colonel. Abazamuwe mu ntera nk’uko Igisirikare cy’u Rwanda cyabitangaje kuri uyu wa Gatatu tariki ya 30 Kanama, barimo Lt Colo Joseph Mwesigye, Lt Col Simba Kinesha, Lt Col Ndizeye Egide na Lt […]

Ubushakashatsi bugaragaza ko kurya ibijumba birinda umuntu gusaza vuba

Mu gihe cyashize wasangaga abantu bita ikiribwa cy’ibijumba amazina atandukanye abipfobya bakanavuga ko bitera inzoka,gusa uko iminsi ishira n’iko bigenda byongererwa agaciro kugeza n’ubwo ubushakashatsi bugaragaje ko ubiriye aba yirinze gusaza imburagihe. Imbuga zitandukanye zirimo na santeplusmag.com, zigaragaza ibyiza by’ibijumba aho usanga byuzuyemo intungamubiri.Ibijumba bikungahaye ku cyitwa ‘bàªta-carotène’, ari na yo ituma biryoherera. Iyo bàªta-carotène […]

Amasasu yaramutse acicikana hagati ya M23 na Nyatura

Inyeshyamba zo mu mutwe wa M23 zaramukiye mu mirwano ikomeye na Nyatura Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yise ‘Wazalendo’. Amakuru aturuka muri Congo avuga ko imirwano y’impande zombi yatangiye mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 29 Kanama. Yabereye mu midugudu itandukanye yo muri Chefferie ya Bwito, Groupement ya Tongo ho […]

Eminem yiyamye umu Republican urimo kumwigana ngo ahigike Trump

Umuhanzi w’icyamamare mu njyana ya Hip Hop (Rap), Eminem yasabye umugabo witwa Vivek ushaka kuziyamamariza kuba perezida wa Amerika kureka gukoresha indirimbo ze amwigana ngo yunguke amajwi. Uyu Eminem yanditse ibaruwa nyuma y’icyumweru kirenga uyu rwiyemezamirimo wa biotech akoresheje indirimbo ‘Lose yourself’ mu kwiyamamaza muri IOWA. Amushinja gukoresha ibihangano bye mu guhangana na bagenzi be […]

Harmonize aravugwaho kuba kidobya mu rukundo rwa Mobetto n’umukire bacuditse

Umuhanzi Harmonize n’umunyamideli Hamisa Mobetto barimo kuvugwa mu rukundo, nyuma y’uko uyu muhanzi atangiye kwerekana ubucuti bwabo ku mbuga nkoranyambaga. Abafana bahangayitse, kuko Mobetto ari mu rukundo bukomeye n’umucuruzi Kevin Sowax. Mobetto yahakanye ko nta bucuti afitanye na Harmonize, avuga ko ari “inshuti ye magara iteka” (BFF). Yatangarije abanyamakuru ku kibuga cy’indege ubwo yari amaze […]

Umugore Sintex aherutse kurongora yari yarashatse umugabo muri 2003

Sintex na Keza basezeranye kubana nk'umugore n'umugabo

Mu 1994, Keza yari atuye mu Rwanda ari naho yavukiye. Ababyeyi be bishwe muri jenoside yakorewe Abatutsi.Keza na barumuna be barangije batangira kwibera ku mihanda mbere yo kwimukira muri Uganda kubana na nyirasenge waje kumutoteza. Kuwa 24 Kanama 2023,nibwo umuhanzi Kabera Arnold uzwi nka Sintex akaba na mukuru wa Nkusi Arthur yasezeraniye mu Murenge wa […]

Prince Kid agiye kurongora Miss Elsa mbere yo gusubira imbere y’ubutabera

Ishimwe Dieudonné wamenyekanye nka Prince Kid na Iradukunda Elsa wabaye Nyampinga w’u Rwanda muri 2017, bazakora ubukwe ku wa Gatanu tariki ya 01 Nzeri. Prince Kid na Miss Elsa basanzwe ari umugabo n’umugore byemewe n’amategeko, nyuma yo gusezerana imbere y’amategeko muri Werurwe uyu mwaka. Biteganyijwe ko ku wa Gatanu ari bwo Ishimwe azasaba akanakwa Iradukunda, […]

Mukamasabo wari Meya wa Nyamasheke yirukanwe

Inama njyanama y’akarere ka Nyamasheke, yirukanye ku mirimo uwari umuyobozi wako, Mukamasabo Appolonie ku bw’imyitwarire idahwitse. Mukamasabo yari Meya wa Nyamasheke kuva muri Nzeri 2019. Perezida w’Inama Njyanama y’aka karere, Hategekimana Jules César, yatangaje ko Meya Mukamasabo yirukanwe mu nshingano “kubera imyitwarire n’imikorere idahwitse mu kazi ashinzwe.” Njyanama ya Nyamasheke ntiyigeze itangaza birambuye ibikubiye muri […]

Tugomba kotsa igitutu M23: Tshisekedi nyuma yo guhura na Ndayishimiye

Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yatangaje ko agomba kotsa igitutu umutwe wa M23 kugira ngo ubashe kubahiriza ibyo wasabwe na gahunda y’ibiganiro bya Luanda. Tshisekedi yabitangaje kuri uyu wa Mbere nyuma y’uko yari amaze kubonana na mugenzi we Evariste Ndayishimiye w’u Burundi. Perezida Ndayishimiye kuri ubu uyoboye Umuryango wa Afurika […]

Perezida Kagame yirukanye abarimo Habitegeko wari Guverineri w’Uburengerazuba

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame kuri uyu wa Mbere tariki ya 28 Kanama, yavanye mu mirimo abayobozi barimo Habitegeko Franà§ois wari Guverineri w’Intara y’Uburengerazuba. Habitegeko yari Guverineri w’Intara y’Uburengerazuba kuva muri Werurwe 2021 ubwo yahabwaga izo nshingano asimbuye Munyantwali Alphonse. Iyirukanwa rye ryemejwe na Minisitiri w’Intebe, Dr à‰douard Ngirente, mu itangazo yasohoye kuri uyu wa […]

Shaiboub yahesheje APR FC amanota 3 ya mbere itsinze Police FC

Ikipe ya APR FC yegukanye amanota atatu ya mbere muri shampiyona ya 2023/24, nyuma yo gutsinda Police FC igitego 1-0. Amakipe yombi yari yahuriye mu mukino wa derby y’umutekano wabereye kuri Kigali Pele Stadium i Nyamirambo. Ni umukino by’umwihariko APR FC na Police FC yahuriyemo, nyuma y’imyaka irenga 10 yararetse gukinisha abakinnyi b’abanyamahanga. Igitego cyo […]

Leta kugeza ku Banyarwanda bose amashanyarazi n’amazi meza biracyari kure nk’ukwezi

Muri 2017 ni bwo Guverinoma y’u Rwanda yashyizeho gahunda y’igihugu y’imyaka irindwi igamije kwihutisha Iterambere (NST1). Ni gahunda igomba kurangirana n’umwaka utaha wa 2024. Muri gahunda biteganyijwe ko mu mwaka utaha wa 2024, Abanyarwanda bazaba bagerwaho n’ibikorwa remezo birimo amazi meza ndetse n’amashanyarazi ku kigero cya 100%. Mu gihe habura amezi atatu yonyine ngo Abanyarwanda […]

Umutoza wa Gorilla ashavujwe n’ibitutsi Zelfani wa Rayon Sports yamucucumuriyeho

Gatera Moussa usanzwe utoza ikipe ya Gorilla atewe ishavu no kwandagazwa n’umutoza wa Rayon Sports Yamen Zelfani wamucuncumuriyeho imvura y’ibitutsi ku mukino wahuje aya makipe yombi kuri iki Cyumweru taliki 27 Kanama 2023. Gatera ahamya ko we ubwe yiyumviye Zelfani amutuka mu rurimi rw’icyarabu atazi ko ngo uyu mutoza abyumva gusa igitangaje n’uko ngo hari […]

Irari rikomeje kuganisha Eddy Kenzo mu manga y’ubushurashuzi

Umuhanzi Eddy Kenzo, uzwi ku mazina nyakuri y’ababyeyi Edirisa Musuuza, yatangaje ibintu bikomeye ku buzima bwe bw’urukundo aho yavuze ko kugeza ubu ari mu rukundo cyangwa se akaba aterereta abakobwa bagera kuri batandatu. Uyu muhanzikazi yasobanuye ko kuri ubu adakundana n’umukobwa umwe gusa, ahubwo ko urukundo rwe rusaranganyijwe mu bagore barenga batandatu. Aya magambo avugishije […]

Bite bya Kitoko Bibarwa?

Kitoko aheruka kugarukwaho cyane ubwo yasozaga Master's Degree

Mu muziki nyarwanda by’umwihariko uwo kuva mu myaka ya 2007-2012 no kurenzaho gato , uramutse uvuze izina Patrick Bibarwa Alias Kitoko abenshi bumva indirimbo zaryoheye amatwi nka Ikiragi, agakecuru kanjye, Rurabo, Rurashonga n’izindi. Uyu musore wakunzwe n’ubu indirimbo ze zikaba ziri mu mitima ya benshi, muri iyi minsi ntabwo abamukundi n’abandi bakurikirana iby’imyidagadura bakimubona cyangwa […]

Wowe ntabwo uri Umukono, uri igisambo: Perezida Kagame abwira Gatabazi

Perezida Paul Kagame ku wa Gatanu yatangaje bimwe mu byagiye bikurikira umuhango wo kwimika umutware w’Abakono wabereye mu Kinigi muri Nyakanga uyu mwaka. Umukuru w’Igihugu ubwo yaganiraga n’abavuga rikumvikana bo mu ntara z’Amajyaruguru n’Uburengerazuba, ni bwo bwa mbere yari yumvikanye avuga kuri uriya muhango. Yavuze ko amakuru yawo yabanje kuyabwirwa n’Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda, […]

Uturere 10 twugarijwe na SIDA kurusha utundi mu Rwanda

Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima (RBC) cyatangaje ko Intara y’Iburasirazuba iza ku isonga mu zugarijwe n’ubw’andu bwa virusi itera SIDA mu gihugu, dore ko mu turere 10 twa mbere ifitemo dutanu. Ni imibare yatangajwe na Dr Ikuzo Basile usanzwe ari Umuyobozi ushinzwe kurwanya SIDA n’izindi ndwara zandurira mu mibonano mpuzabitsina; ubwo yari mu gikorwa cyo gutangiza ubukangurambaga […]

Britney Spears yaba yamaze kwishumbusha undi mugabo

Nyuma y’iminsi micye hatangajwe ko umuhanzikazi Britney Spears yatandukanye n’uwari umugabo we Sam sghit ,biravugwa ko yaba yamaze kwishumbusha undi. Ibi byamenyekanye ubwo ngo aba bombi bari bari mu modoka bavuye gusangira mu mugi wa Los Angeles gusa uwo mugabo yari yambaye ingofero imuhisha isura. Ni nyuma y’uko muri iki Cyumweru aribwo uyu muhanzikazi atandukanye […]

Perezida Kagame yavuze uwamumenyesheje bwa mbere ibyo kwimika umutware w’Abakono

Perezida Paul Kagame ku wa Gatanu ubwo yahuraga n’abavuga rikumvikana bo mu ntara y’amajyaruguru, yasobanuye uko yamenye ko habaye umuhango wo kwimika umutware w’Abakono wabereye muri iriya ntara. Ku itariki ya 09 Nyakanga ni bwo mu Kinigi habereye umuhango wasize Kazoza Justin yimitswe nk’umutware w’Abakono, mbere y’uko yegura kuri izi nshingano mu minsi mike yakurikiyeho. […]

Abayobozi bakuru ba FADM bagendereye ubuyobozi bwa RDF na RNP i Cabo Delgado

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Mozambique, Admiral Joaquim Mangrasse, ku wa Gatanu yasuye Icyicaro Gikuru cy’Inzego z’umutekano z’u Rwanda mu mujyi wa Mocimboa da Praia. Admiral Mangrasse yari aherekejwe n’Umugenzuzi Mukuru w’Ingabo za Mozambique, Maj Gen Messias André Niposso, Umugaba w’Ingabo za Mozambique zirwanira ku butaka, Maj Gen Tiago Alberto Nampele, Brig Gen Ricardo Makuvele ukuriye […]

Niger yirukanye ku butaka bwayo Ambasaderi w’u Bufaransa

Itsinda ry’abasirikare bayoboye Niger nyuma ya Coup d’à‰tat yabaye muri iki gihugu mu kwezi gushize, ryatangaje ko ryamaze guha amasaha 48 Ambasaderi w’u Bufaransa i Niamey nka nyirantarengwa yo kuba yamaze kuhava. Ambasaderi Sylvain Itte yirukanwe mu gihe umwuka umaze igihe utifashe neza hagati ya Paris na Niamey. Kimwe n’abanya-Mali n’abanya-Burkina Faso, abaturage ba Niger […]

Bwa mbere Perezida Kagame yavuze ku kibazo cy’Abakono

Perezida Paul yasabye abavuga rikumvikana bo mu ntara y’amajyaruguru ndetse n’iy’Uburengerazuba gukoresha imyanya bafite mu kuzana impinduka mu baturage, aho kubashora mu bikorwa bibi. Umukuru w’Igihugu yabigarutseho ku wa Gatanu tariki ya 25 Kanama, ubwo yaganiraga n’abavuga rikumvikana babarirwa muri 700 bo muri ziriya ntara zombi. Ni ikiganiro cyabereye mu ishuri rya gisirikare riherereye i […]

Igiterane cyaberaga i Musanze cyahagaritswe ikitaraganya nyuma yo kunengwa na P. Kagame

Igiterane mpuzamahanga cy’itorero Angilikani cyagombaga kumara iminsi ine kibera mu karere ka Musanze, kuri uyu wa Gatanu cyahagaritswe ikitaraganya. Ni igiterane cy’ububyutse cyaberaga mu ishuri Muhabura Integrated Polytechnic College ruherereye mu mujyi wa Musanze, kikaba cyari cyitabiriwe n’abarenga 5,000. Intego y’iki gitaramo cyari cyateguwe n’Itorero EAR Diyosezi ya Shyira yari iyo “gukora ubukangurambaga bwo kurwanya […]

Impamvu abasore batagipfa kwigondera inkumi imbere y’abasaza

Abagabo benshi usanga iyo bakuze bumva batarakura cyane ariho usanga umusaza ari gutereta umukobwa muto kubera ko yumva ashaka kwigumira ibwana akirengagiza ko burya ashaje. Hari impamvu nyinshi zitandukanye zigaragaza impamvu abagabo bakuze bikundira gushaka inkumi zikiri ntoya , ahanini ikiba kigamijwe ni uburyo ngo baba bashaka kubayobora mu rukundo kuko abakuze usanga babagura bitewe […]

Rwamagana: Umugore yapfiriye mu cyumba cy’amasengesho

Umugore w’imyaka 22 y’amavuko utaramenyekana amazina, yapfuye ubwo yarimo asengera mu rugo rw’umuturanyi we ruherereye ku Muyumbu mu karere ka Rwamagana. Byabaye ku wa Kane tariki ya 24 Kanama 2023, bibera mu kagari ka Akinyambo. Amakuru avuga ko urugo uriya mugore yaguyemo rwari rusanzwe rukoreshwa nk’icyumba cy’amasengesho. Abakristo baturutse mu duce dutandukanye ngo baruhuriragamo buri […]

P. Kagame yasabye urubyiruko rw’indangamirwa kwinjira muri RDF

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yafunguriye amarembo urubyiruko rwasoje itorero Indangamirwa rwifuza kwinjira mu gisirikare cy’u Rwanda (RDF). Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 25 Kanama ni bwo Umukuru w’Igihugu yasoje Itorero Indangamirwa icyiciro cya 13, mu muhango wabereye mu kigo cy’igihugu cy’ubutore cya Nkumba giherereye mu karere ka Burera. Ni itorero ryatangiye ku wa […]

Ndimbati yihenuye ku itangazamakuru nyuma yo gutumizwa na RIB

Uwihoreye Jean Bosco uzwi nka Ndimbati yihenuye anannyega itangazamakuru avuga ko rimucuruza rikamuriraho nyamara ngo ntirigire icyo rimuha.Ni nyuma y’uko hasohotse amakuru avuga ko aherutse gutumizwa n’Urwego Rw’Ubugenzacyaha RIB kugirango abazwe impamvu adatanga indezo. RIB yemereye itangazamakuru ko uyu Uwihoreye Jean Bosco, yakurikiranyweho kukuba atita ku byo kurera impanga yabyaranye n’uwitwa Fridaus.Ni amakuru bivugwa ko […]

P.Museveni yaciye Caguwa yemeza ko ari iy’abazungu bapfuye

Perezida Yoweli Kaguta Museveni yatangaje ko bibujijwe gutumiza mu mahanga imyenda yambaweho hagamijwe ko abantu bagomba kugura imyenda mishya kuko muri Uganda hari inganda z’imyenda zibikora. Ni mugihe mu gihe cyashize Guverinoma ku mabwiriza ya Museveni yagerageje mu bihe bitandukanye kubuza imyenda n’inkweto bitumizwa mu mahanga byarakoreshejwe ariko birananirana kubera ubucuruzi bunini n’isoko ryagutse.Aha Museveni […]

Sheebah Karungi arateganya kwiteza inda ku mugabo uzemera ko batazabana

Umucuranzi Sheebah Karungi ntabwo ashishikajwe no gushyingirwa kandi yavuze ko atazigera abijyamo nyuma y’uko ngo abona urushako atari ngombwa. Uyu muhanzikazi rateganya kubyara abana numugabo basangiye ubushake bw’uko umwe agomba kuba ukwe n’undi bikaba uko.Andi mabwiriza atanga n’uko ngo umugabo uzemera ko babyarana bagomba kuba mu nzu zitandukanye kandi bakamarana iminsi mike gusa. Ati: “Sinzigera […]

Jenerali muri RDF yafatiwe ibihano na Amerika

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zafatiye ibihano Brig Gen Andrew Nyamvumba wo mu ngabo z’u Rwanda, zimushinja kugira uruhare mu kwenyegeza amakimbirane mu burasirazuba bwa Congo. Kuva muri Kamena 2021 Brig Gen Nyamvumba ni Umuyobozi ushinzwe ibikorwa n’amahugurwa mu ngabo z’u Rwanda (RDF). Amerika mu itangazo ryasohowe n’Ishami ryayo rishinzwe iby’Imari, yamushinje kuba “mu ntangiriro […]

Queen Cha aratwite cyangwa yarabyaye?Yavuganye na BWIZA

Queen haribazwa aho yagiye

Hashize hafi umwaka umuhanzikazi Mugemana Yvonne uzwi nka Queen Cha adakunda kugaragara hirya no hino mu bitangazamakuru bitandukanye nkuko byari bimeze mu myaka yashize. Uyu muhanzikazi kuva mu mpera za 2021 nibwo yatangiye kujya yumvikana gacye cyane byaba kwitabira ibitaramo bitandukanye,bigeze mu 2022 nabwo asa n’useta ibirenge kugeza ubwo muri 2023 aburiwe irengero mu muziki […]

Putin yavuze ku rupfu rwa Prigozhin wayoboraga Wagner

Perezida Vladimir Putin w’u Burusiya yihanganishije umuryango wa Yevgeny Prigozhin, nyuma y’uko bitangajwe ko uyu mugabo wayoboraga umutwe w’abacancuro wa Wagner apfiriye mu mpanuka y’indege. Ku wa Gatatu w’iki cyumweru ni bwo Prigozhin n’abandi bantu 10 bapfuye, ubwo indege barimo yakoreraga impanuka mu karere ka Tver gaherereye mu majyaruguru ashyira Uburengerazuba bw’umujyi wa Moscow. Abapfuye […]

Amerika yafatiye ibihano abayobozi 3 ba FDLR na Colonel wa FARDC

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangaje ko zafatiye ibihano abantu batandukanye, zikabashinja kugira uruhare mu kwenyegeza amakimbirane mu burasirazuba bwa Congo ndetse no guhonyora uburenganzira bwa muntu. Mu bo Amerika yafatiye ibihano harimo abayobozi batatu b’umutwe wa FDLR urwanya ubutegetsi bw’u Rwanda. Aba barimo Général de Brigade Appolinaire Hakizimana, alias Amikwe Lepic/Poète usanzwe ari Komiseri […]

CAF Champions league: APR FC yasezereye Gaadiidka FC, yiyunga n’abafana bayo

Ikipe ya APR FC yageze mu ijonjora rya kabiri rya CAF Champions league, nyuma yo gusezerera Gaadiidka FC yo muri Somalia ku giteranyo cy’ibitego 3-1. Amakipe yombi yari yahuriye mu mukino wo kwishyura w’ijonjora ry’ibanze warangiye APR FC iwutsinze ku bitego 2-0. Ni nyuma y’ubanza yari yaguyemo miswi igitego 1-1 ku wa Gatandatu w’icyumweru gishize. […]

Abahanga bagaragaza inyungu umuntu abona nyuma yo kurya ibigori

Ibigori (maize cg corn mu cyongereza, maà¯s mu gifaransa) ni bimwe mu binyampeke biboneka cyane ahantu hose kandi biryoha cyane, bikaba ifunguro ry’ibanze kuri benshi. Ibigori biribwa mu buryo butandukanye; byokeje, bitogosheje cg se byahinduwe ukundi kimwe n’uko byongerwa mubyo kurya bindi bitandukanye (corn syrup, corn oil, ubugali, igikoma n’ibindi). Iyo byuzuye (ni ukuvuga bitarahindurwa) […]

Ni ryari umugore utwite aba adakwiye gukora Imibonano mpuzabitsina?

Ni kenshi abagore batwite bibaza niba mu gihe batwite bagakora imibonano niba ntacyo byakwangiza ku buzima bwabo cyangwa no kubo batwite.Ahanini bagira impungege ko inda ishobora kuvamo. Gukora Imibonano rero ni ikintu gisanzwe ku mugore utwite, kuva asamye kugeza igihe cyo kubyara kigeze.Impamvu ni uko umwana aba arinzwe ari imbere muri nyababyeyi kuburyo adafite aho […]

Perezida Kagame yasobanuye impamvu akomeje kwibanda kuri ba Minisitiri bakiri bato

Perezida Paul Kagame kuri uyu wa Kane tariki ya 24 Kanama, yakiriye indahiro z’abaminisitiri bashya baheruka kwinjizwa muri Guverinoma y’u Rwanda. Abarahiye barimo Minisitiri mushya w’Ibikorwa by’Ubutabazi, Maj Gen Albert, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Imari n’Igenamigambi ushinzwe ishoramari rya Leta no kwegeranya imari, Jeanine Munyeshuli n’iy’Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko, Umutoni Sandrine. Perezida […]

Intambara y’amaraso hagati ya FARDC na Mobondo mu marembo ya Kinshasa

Imirwano ikomeye ku wa Gatatu yasakiranyije Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) n’inyeshyamba zo mu mutwe wa Mobondo. Ni imirwano yabereye muri Groupement ya Mbankana ho muri Komine Maluku; mu marembo y’Umujyi wa Kinshasa. Inyeshyamba nyinshi n’abasirikare ba FARDC bayiguyemo nk’uko ACTUALITE.CD yabitangaje. Umuyobozi wa Groupement ya Mbankana, Soki Milanda, yavuze ko abasirikare […]

Abanyamakuru 6 bahora botswa igitutu ngo barongore/rwe bakinangira

capturevvvv.png

Mu ruhando rw’itangazamakuru ni kenshi usanga hakunze kugaragaramo abasiribateri benshi kandi bakuze ariko babwirwa ngo barongore ugasanga ntibabikozwa abandi ugasanga bavuga ko bakirimo kubitekerezaho. Mu bucukumbuzi twakoze twifashishize ibyagiye bivugwa hirya no hino ku banyamakuru bigoranye kumenya igihe bazamara bakiri ingaragu, twahisemo gukora urutonde rwabo ariko hatagendewe ku myaka runaka bitewe ko nta gihe cyashyizweho […]

Manchester United yagurishije rutahizamu w’Umunyarwanda mu Buholandi

Umunyarwanda Noam Emeran yamaze gutandukana na Manchester United yo mu Bwongereza yakiniraga, yerekeza muri Gronningen yo mu cyiciro cya mbere mu Buholandi. Amakuru avuga ko Noam Emeran yatanzweho abarirwa muri £850,000 (abarirwa muri Frw miliyoni 900). Amakipe yombi kandi yumvikanye ko mu gihe uriya mukinnyi yaba agurishijwe, Manchester United yazagabwa 25% by’amafaranga azaba yatanzweho. Noam […]

Colonel Mabano aravugwa mu buriganya bwa Hoteli y’arenga Frw miliyoni 200

Perezida Paul Kagame yasabye inzego zitandukanye gukurikirana ikibazo cy’umusore umaze igihe yaraguze Hoteli na Colonel (Rtd) Mabano Joseph, gusa akaba yaranze kuyimuha. Ku wa Gatatu tariki ya 23 Kanama ubwo Umukuru w’Igihugu yari yitabiriye umuhango wo kwizihiza imyaka 10 gahunda ya Youth Connekt igamije guteza imbere urubyiruko imaze, ni bwo yagejejweho ikibazo cyerekeye uriya wahoze […]

Eddy Kenzo arashaka ko Sheebah na Cindy bakomeza guhangana

Umuhanzi Sheebah Karungi na Cindy bakomeje urugamba rwo guhangana mu muziki aho noneho banabyeruye bakavuga ko bagomba no kubigaragariza mu gitaramo kirimo gutegurwa taliki ya 15 Nzeri ahitwa Kololo Airstrip. Mu gihe igitaramo cyegereje , abahanzi batandukanye bagiye batanga ibitekerezo kuriyi ntambara idasanzwe. Ijwi rimwe rigaragara ni Eddy Kenzo, Perezida wa UNMF, washimye aba bahanzikazi […]

Gen Mubarakh Muganga mu nama idasanzwe yigaga ku mutekano wo muri RDC

Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda, Lt Gen Mubarakh Muganga, yitabiriye inama y’abagaba bakuru b’Ingabo z’ibihugu bya EAC yigaga ku kibazo cy’umutekano muke uri mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Ni inama yabereye i Nairobi muri Kenya kuri uyu wa Gatatu tariki ya 23 Kanama 2023. Kugeza ubu imyanzuro y’iyi nama ntiratangazwa. Iyi nama […]

Kibeho: Umugore yicishijwe majagu

Abaturage bo mu mudugudu wa Nyarwumba, akagari ka Mubuga, umurenge wa Kibeho, akarere ka Nyaruguru, by’umwihariko ab’igitsinagore, bari mu gahinda gakomeye batewe n’urupfu rw’umugore witwa Mukantwari Beatha, w’imyaka 47, wiciwe mu murima we aho yari yagiye gukura ibijumba ku manywa y’ihangu. Abaturage bavuga ko yakubiswe isuka yitwa “majagu” mu mutwe. Iyo majagu niyo yari yagiye […]

Serena Williams n’umugabo we bari mu byishimo byo kwibaruka ubuheta

Ku ya 22 Kanama, nibwo Williams na Alexis Ohanian bakiriye umwana wabo wa kabiri w’umukobwa witwa Adira. Ohanian yemeje izina n’itariki ku rubuga rwa Instagram yerekana ifoto y’umuryango w’abantu bane kuri uyu wa Gatatu. Yanditse Ati: “Urakaza neza, Adira River Ohanian, Nishimiye kumenyesha inshuti zanjye n’umuryango wanjye ko twishimye ku bw’umwana w’umukobwa twungutse.”Aya magambo yakurikiwe […]

Nyaruguru: Urubyiruko 38.7% ntirwiga, nta kazi rufite

Niyonzima uyobora ishuri ry'imyuga rya Kibeho

Mu rubyiruko ruri hagati y’imyaka 16 na 30 rwo mu karere ka Nyaruguru, imibare igaragaza ko 38.72% yarwo nta kazi rufite, ntiruri ku ntebe y’ishuri, nta n’amahugurwa rurimo yarufasha kuzakabona. Ni imibare yatangarijwe mu kiganiro cyahuje abahagarariye Minisiteri y’Abakozi ba Leta n’Umurimo n’ubuyobozi bw’akarere ka Nyaruguru, abikorera ku giti cyabo (PSF), abahagarariye amashuri yigisha imyuga […]

Perezida Kagame yagaragaje impamvu Amavubi buri gihe atahana ubusa

Perezida Paul Kagame yongeye kunenga ruswa n’amarozi yamunze siporo y’u Rwanda, agaragaza ko biri mu bituma yaranze gutera imbere. Umukuru w’Igihugu yabikomojeho kuri uyu wa Gatatu tariki ya 23 Kanama, ubwo ubwo yari mu birori byo kwizihiza imyaka 10 ishize hatangijwe gahunda ya YouthConnekt. Ni ibirori byabereye ku Intare Arena, i Rusororo mu karere ka […]

Ntibyifashe neza ku mutoza Pep Guardiola

Ubuyobozi bwa Manchester Citybatangaje ko Pep Guardiola yabazwe umugongo i Barcelona nyuma y’umukino iyi kipe yatsinzemo New Castle 1-0.Guardiola yari ‘afite ububabare bukabije bw’umugongo ari nabwo yafashe icyemezo cyo kujya gukorerwa ubuvuzi. Itangazo ry’iyi kipe yashyize hanze, rigira riti”Iyo Guardiola adahari, umuyobozi wungirije Juanma Lillo azagenzura imyitozo kandi azakomeza imirimo kuri terefone kugeza Pep agarutse.Aha […]

Abahanzi nyarwanda 10 basambanye nta gakingirizo batararushinga

paca-bfeb4kk.jpg

Mu myidagaduro yo mu Rwanda hagiye havugwa abahanzi benshi bagiye batandukanye bagiye babyara ariko bikaba bizwi ko byabaye batabana n’abagore cyangwa abagabo babo bimwe bakunze kwita ngo kanaka yabyaye ariko yibana cyangwa akiba iwabo wenda ibyo kubana bikazaba nyuma ariko icyo gikorwa cyo kwibaruka cyarabaye mbere. Twifashishije ingero tuzi z’abahanzi ndetse tunifashisha ibitangazamakuru bitandukanye tugaragaza […]