Rubavu: Abarokotse Jenoside bahawe inzu zitagira ibikoresho , imyaka ibaye ibiri batazi irengero

Iyo babonye umushyitsi kubona aho bicara bibabera ikibazo , kuko abenshi mu bahawe amazu bafite ubumuga bw'ingingo

Abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 bo mu murenge wa Rugerero, bamaze imyaka irenga ibiri baremerewe ibikoresho byo mu nzu bahawe, ariko bakavuga ko amaso yaheze mu kirere, mu gihe ubuyobozi bw’uyu murenge buvuga ko iyi nkunga koko bayemerewe ariko bakaba batarayihabwa kuko bikiri mu masoko. Imiryango 38 y’abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 kur’ubu […]

Umuhanzi Israel Mbonyi aravugwaho amabi 8, we avuga ko ijambo ry’Imana ribuza guhubuka

Ikinyamakuru Impinga cyagaragaje inenge 8 mbi zigaragara ku muhanzi Israel Mbonyi , kivuga ko cyabitangarijwe n’abakunzi b’umuziki wo kuramya no guhimbaza Imana bamusaba kuba yakwigira ku bandi bahanzi bagiye bamubanziriza , aho iki kinyamakuru kegeranyije urutonde rw’inenge zivugwa kuri uyu musore zitari nziza. Ikinyamakuru bwiza.com kikimara kubona ibimuvugwaho cyabajije Mbonye niba koko ibimuvugwaho byaba ari […]

Rubavu: Umwana ukekwaho gucukura ibirayi yaratemwe

Abaturage bahuruye ari benshi bamujyana kwa muganga

Mu karere ka Rubavu mu murenge wa Nyundo, haravugwa umwana w’umuhungu uri mu kigero cy’imyaka 15 watemwe ikirenge kuri uyu wa gatatu taliki 20 Ugushyingo 2019 , azira ko yaba ari we ucukura ibirayi by’umuturanyi. Ibi byabaye mu masaha ya saa kumi n’ebyiri z’umugoroba mu mudugudu wa Kanyahene, akagari ka Gatovu, umurenge wa Nyundo mu […]

Agace kavugwa kugabwamo ibitero n’inyeshyamba za FLN, karimo umutekano usesuye

Hari amakuru akomeje gucicikana ku mbuga nkoranyambaga avuga ko inyeshyamba z’umutwe wa FLN urwanya ubutegetsi bw’u Rwanda ku wa 8 Ugushyingo 2019 zagabye igitero ku birindiro by’ingabo z’u Rwanda mu gace ka Nyamuzi mu murenge wa Bweyeye. Umuvugizi w’igisikare cy’u Rwanda yavuze ko umutekano usesuye i Bweyeye. Gitifu nawe ati: “abaturage bose baratekanye, bari mu […]

U Rwanda rurahakana ko rwabonye ubutumire bwa Uganda mu biganiro byari bitegerejwe i Kampala

Biravugwa ko Guverinoma ya Uganda yahamagariye iy’u Rwanda kuzitabira ibiganiro byari bitegerejwe bizabera i Kampala kuwa 13 Ugushyingo nyuma y’aho bitashoboye kuba kuwa 16 Ukwakira nyuma y’ukwezi, nk’uko byari byemejwe nyuma y’inama ya mbere ya Komisiyo ihuriweho n’Ibihugu byombi ishinzwe gukurikirana ishyirwa mu bikorwa ry’amasezerano agamije gukemura ibibazo biri hagati y’ibihugu byombi, yabereye i Kigali, […]

Ingabo za Amerika zavanwe muri Syria zigiye koherezwa muri Irak

  Abasirikare ba Leta Zunze Ubumwe za Amerika bavanwe mu nkambi nini bari bakambitsemo mu gihugu cya Syria kuri iki Cyumweru, aho bivugwa ko bazoherezwa muri Irak gukomeza urugamba rwo kurwanya iterabwoba. Minisitiri w’ingabo wa Amerika, Mark Esper yavuze ko ingabo zose za Leta Zunze Ubumwe za Amerika zizahita zoherezwa mu burengerazuba bwa Irak gukomeza […]

Tanzania: Ubuzima bwa Perezida Magufuli bwaba buri mu kaga!

Mu gihugu cya Tanzania kuri iki cyumweru haramukiye icyoba nyuma y’amakuru yavugaga ko ubuzima bwa Perezida Magufuli bwaba butameze neza. Ibi rero byatangiye gukwirakwizwa ku mbuga nkoranyambaga, Abanyatanzaniya bashaka kumenya uko ubuzima bw’umukuru w’igihugu cyabo bwifashe. Guverinoma ya Tanzania, ntacyo iratangaza kuri aya makuru. Ariko amakuru aturukamo imbere aravuga ko ahagana saa sita hasohorwa itangazo […]

Ngoma: Polisi yafashe moto yari imaze amezi abiri yaribwe

Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Ngoma mu murenge wa Jarama iravuga ko kuri uyu wa gatanu tariki ya 18 ukwakira yafashe umuntu wari waribye  moto akayimarana amezi abiri yarayihinduriye ibyapa biyiranga(Plaque). Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Iburasirazuba Chief Inspector of Police (CIP) Hamdun Twizeyimana avuga ko umuturage witwa Maniraho Joseph utuye mu murenge […]

RDC: Umukuru w’inyeshyamba yiciwe mu mirwano yazihuje n’undi mutwe

Umuyobozi w’inyeshyamba witwa Cisayura wari warihaye ipeti rya General, mu ijoro ryo kuwa Gatanu, itariki 18 Ukwakira, yiciwe mu mirwano hagati y’imitwe ibiri y’inyeshyamba yabereye muri Pariki y’igihugu ya Kahuzi Biega, muri Teritwari ya Kabare, ho muri Kivu y’Amajyepfo. Biravugwa ko yarashwe n’inyeshyamba za Col Chance bari bahanganye. Aba bayobozi bombi b’inyeshyamba bakaba batunzwe no […]

Perezida Donald Trump akomeje guhangana n’ibibazo by’urudaca by’abashaka kumweguza

Nubwo Perezida Donald Trump akomeje kugerageza guca intege Abademokarate bamugera amajanja, kuri ubu Abademokarate bafatanyije n’Abarepubulikani baranenga bikomeye icyemezo cye cyo kuvana ingabo muri Syria. Trump ngo amenyereye gusimbuka inkubiri za politiki ariko ngo iyi noneho ifite ubukana cyane cyane ko iyi yo ije mu gihe ateganya kongera kwiyamamaza nk’uko iyi nkuru dukesha Ijwi rya […]

Rwanda Cycling Cup yabereye mu karere ka Huye

Kuri uyu wa Gatandatu i Huye, hakinwe isiganwa rya 5 rya Rwanda Cycling Cup 2019 , wari n’umwanya wo kwibuka nyakwigendera Byemayire Lambert wari Visi Perezida wa FERWACY. Mugisha Samuel niwe wegukanye intsinzi yuyu munsi. Nkuko inyarwanda ibitangaza , abasiganwa bakoresheje intera ya Km 5,6 bahagurukiye imbere y’isoko rya Huye berekeza kuri Stade Huye – […]

Leta ya Uganda iratangaza ko igitegura inama ya 2 yagombaga kuyihuza n’u Rwanda i Kampala

Guverinoma ya Uganda iratangaza ko ikiri gutegura inama ya kabiri ya Komisiyo ishinzwe gukurikirana ishyirwa mu bikorwa ry’Amasezerano ya Luanda, hagati y’u Rwanda na Uganda ndetse ko ishishikajwe no kurangiza ibibazo ibihugu byombi bifitanye nubwo ibimenyetso bigaragaza ibindi. Ni mu gihe bimwe mu binyamakuru byari bikomeje kugaragaza ko Guverinoma ya Uganda ishobora kuba idashishikajwe n’ibyo […]

EAC yongeye kugaragaza ko ihangayikishijwe n’iterabwoba mu karere

Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) wemeye ko iterabwoba ari ikibazo gikomeye ku mahoro n’umutekano mu karere, aho Umunyamabanga Mukuru w’uyu muryango, Liberat Mfumkeko asanga hakwiye ubufatanye bw’ibihugu bitandatu biwugize mu guhangana n’iki kibazo. Bwana Mfumkeko yagaragaje izi mpungenge z’umuryango mu butumwa bwo kwihanganisha yageneye Guverinoma ya Kenya nyuma y’ubwicanyi buherutse gukorerwa abashinzwe umutekano n’abakekwaho kuba […]

Dore ibanga rikomeye ku bagabo batazi kunyaza mu gihe cy'imibonano mpuzabitsina

Kuvuga biroroha kurusha ibikorwa, bityo abagabo benshi bibwira ko kunyaza umugore mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina byoroha ariko siko biri, baravuga bagera mu gikorwa bakahagira, baba babikunze ahubwo uko bikorwa batabizi, si imbaraga nyinshi ahubwo ni ubuhanga. Hifashishijwe abashakashatsi ndetse n’impuguke mu bujyanye n’imibonano mpuzabitsina bavugako hari uburyo umugabo yanyaza umugore we bitamugoye. Dore ibanga: Umugabo […]

Maj. (Rtd) Habib Mudhatiru yemeye ibyaha byose ashinjwa ataruhanyije

Maj.(Rtd) Habib Mudhatiru, umwe mu bantu 25 bakurikiranweho kuba mu mitwe y’inyeshyamba (nka RNC na FDLR) irwanya ubutegetsi bw’u Rwanda kuri ubu bari kuburanishwa n’urukiko rwa Gisirikare, kuri uyu wa Gatanu, itariki 18 Ukwakira, yemeye ibyaha ashinjwa avuga ko atabihakana kuko bigaragara. Aba bantu uko ari 25 bakurikiranweho ibyaha bigera kuri bine birimo; kurema no […]

Burundi: Minisitiri w’umutekano yaba ari mu mazi abira

Amacakubiri amaze iminsi avugwa mu ishyaka riri ku butegetsi mu Burundi, CNDD-FDD asa nk’arimo kugenda afata indi ntera, aho kuri ubu bivugwa ko abayobozi bamwe barimo minisitiri w’umutekano baba bafungishijwe ijisho bakekwaho kwifatanya n’abashatse guhirika ubutegetsi mu 2015. Kuri ubu amakuru aravuga ko uyu minisitiri w’umutekano, Gen. Guillaume Bunyoni (bakunda kwita Mutama 2), yaba atarimo […]

Minembwe: FARDC yasubije inyuma inyeshyamba yari imaze iminsi ihanganye nazo

Nyuma y’iminsi ine y’imirwano ikomeye, Igisirikare cya Congo, FARDC, kiremeza ko cyasubije inyuma inyeshyamba za Mai-Mai kugeza mu birometero bisaga 40, uvuye mu bice bitandukanye byo muri Komini ya Minembwe, muri Teritwari ya Fizi. Nk’uko byatangajwe n’Umuvugizi w’ingabo muri Uvira, Capt. DieudonnĂ© Kasereka , ngo inyeshyamba zasubiye inyuma zigana mu bihuru mu nzira zitandukanye. Zimwe […]

Senateri Iyamuremye Augustin niwe watorewe kuyobora Sena y’u Rwanda

Nk’uko biteganywa n’Itegeko Nshinga, mu ngingo ya 66, mbere yo gutangira imirimo yabo, abagize Inteko Ishinga Amategeko, Umutwe wa Sena, bagera kuri 20 kuri uyu wa Kane, itariki 17 Ukwakira 2019 barahiriye imbere ya Perezida wa Repubulika, kuzuza neza inshingano bahawe muri manda y’imyaka 5. Abasenateri 20 barahiye ni: Hon. Bideri John Bonds, Hon. Dushimimana […]

Kirehe : Abafite uruhare mu gutesha abana ishuri baraburiwe baranihanangirizwa

Ubuyobozi bw’Akarere ka Kirehe bufatanyije n’inzego z’umutekano kuwa kabiri, tariki ya 15 Ukwakira 2019,  batangiye igikorwa cyo gushakisha ababyeyi bafite abana bataye ishuri ndetse n’abakoresha abana imirimo ibatesha ishuri . Abatuye mu Karere ka Kirehe bavuga ko hatangiye gushakishwa ababyeyi n’abakoresha abana bari kigero cyo kwiga ndetse bakaba bamwe bajyanwa mu buyobozi bakihanangirizwa n’ubuyobozi.  Bavuga […]

Perezida Kagame arakira indahiro z’Abasenateri bashya

Kuri uyu wa 17 Ukwakira 2019, Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, arakira indahiro z’Abasenateri bashya 20 baherutse gutorwa nk’uko biteganywa n’itegeko Nshinga ry’u Rwanda. Iki gikorwa kirabera mu Nteko Ishinga Amategeko. Aba basenateri barasanga abandi batandatu basanzwe muri Sena manda yabo biteganyijwe ko izasoza mu mwaka utaha mber yo gusimbuzwa. Abo basenateri manda yabo izageza […]

U Bwongereza: Abibye umusarani ukoze muri zahabu gusa bakomeje guhigwa bukware

Igipolisi cyo mu Bwongereza gikomeje guhiga bukware abantu baba baribye umusarani ukozwe muri zahabu gusa ufite agaciro ka miliyari zisaga 6 z’Amanyarwanda, aho abandi bangabo batatu batawe muri yombi. Ni umusarani w’ubugeni ukoze muri zahabu gusa ufite agaciro ka miliyoni 6 z’amapawundi (asaga miliyari esheshatu y’u Rwanda). Wibwe mu kwezi gushize kwa cyenda mu nyubako […]

Rusizi: Umugabo akurikiranweho kubikira umugore we asinziriye akamwica

Urukiko Rwisumbuye rwa Rusizi rwaburanishirije ahakorewe icyaha mu Kagari ka Nyange, Umurenge wa Bugarama, Akarere ka Rusizi, umugabo witwa Harerimana Anastase ukurikiranweho  n’Ubushinjacyaha  icyaha cyo kwica umugore we amukubise ishoka, aho Ubushinjacyaha bwamusabiye igihano cy’igifungo cya burundu. Ni iburanisha ryabaye kuwa Mbere, itariki 15 Ukwakira 2019, mu rubanza Urukiko Rwisumbuye rwa Rusizi rukurikiranyeho uwitwa Harerimana […]

Uganda: DIGP Sabiiti yahawe iminsi 2 yo kugaragaza uko azahashya ibyaha byibasiye Kampala

Perezida wa Uganda, Yoweri Museveni yahaye iminsi ibiri Umukuru w’Igipolisi Wungirije, DIGP Sabiiti Muzeyi, akaba yamaze kugaragaza umugambi we wo guhashya ibyaha bikomeje gufata intera by’umwihariko mu  Murwa Mukuru, Kampala. “Nahaye iminsi ibiri Komanda Sabiiti wa Polisi ngo azane umupangu wo kurwanya ibi birara,” uyu ni Perezida Museveni mu itangazo rigufi yashyize ahagaragara. Yakomeje agira […]

Muri CNDD-FDD haravugwa amacakubiri ashobora kubera Nkurunziza urwitwazo rwo kugundira ubutegetsi

Abaturage b’u Burundi bazitabira amatora nuri Gicurasi 2020 bagiye gutora umukuru w’igihugu mushya mu gihe manda ya perezida Nkurunziza izaba igeze ku musozo ku mugaragaro. Ni mu gihe ariko uyu azaguma ku ijambo rye ko atazongera kwiyamamariza indi manda nk’uko yabisezeranyije nubwo yagize uruhare mu guhindura itegeko nshinga mu 2018, benshi babona ari uburyo perezida […]

Biravugwa ko Igisirikare cya Uganda gikomeje imyiteguro yo guhangana n’u Rwanda

Igisirikare cya Uganda cyakajije imyiteguro yo kurinda igihugu, by’umwihariko uburengerazuba bwa Uganda bivugwa ko bwaba bugiye guterwa n’Igisirikare cy’u Rwanda, RDF, ngo n’indi mitwe bikorana. Umujyanama wa Perezida Museveni ushinzwe ibikorwa bidasanzwe, Lt Gen Muhoozi Kainerugaba, aherutse gutangaza ko hari abanzi bari gutegura gutera Uganda ariko bagomba kwitegura kuzagirwa umuyonga. Yakomeje avuga ko nta watsinda […]

Perezida Kagame asanga Afurika itakomeza gutungwa n’inkunga z’amahanga ubuziraherezo

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, asanga Afurika idashobora gukomeza kubeshwaho n’inkunga z’amahanga kugirango ishore imari mu mpinduka zayo. Ibi Perezida Kagame yabivugiye mu nama ya 8 y’Impuzamashyirahamwe Nkuru y’ibigo byo muri Cote d’Ivoire (CGECI), inama ya mbere yagutse ngarukamwaka y’abikorera muri iki gihugu cyo mu burengerazuba bwa Afurika. Ni inama ihuriza hamwe urwego rw’abikorera rwo […]

Beni: Abaturage babujijwe kwegera ibirindiro byose bya gisirikare mu gihe hategurwa igitero simusiga kuri ADF

Igisirikare cya Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC)kimaze iminsi gitegura igitero simusiga ku nyeshyamba z’Abagande zo mu mutwe wa ADF, zishinjwa kuba zimaze imyaka itanu zica zinashimuta abasivili muri Beni (ho muri Kivu y’Amajyaruguru). Kuri uyu wa Mbere, itariki 14 Ukwakira, cyatangaje ko hari ingamba zimwe zafashwe zizatuma FARDC ikora neza iki gitero. Kuri FARDC, […]

Urukiko rwikirenga rwanze umwe mu batowe na Forum y’amashyaka kuba Senateri

Amakuru bwiza.com ifite none Tariki ya 01 Ukwakira 2019 , aravuga ko urukiko rw’ikirenga rwanze umwe mu bakandida Senateri wari watanzwe n’ihuriro ry’imitwe ya Politike Uwamurera Salama wa PDI , Urukiko rw’ikirenga rwemeye Nkusi Juvenal uturuka mu ishyaka rya PSD. Amakuru bwiza ifite nuko uyu Salama ashobora kuba azira kutagira ubunararibonye kuko yari yari ashinzwe […]

Ese ko inzego z'Ubuziranenge zisinziriye, zizakangurwa na nde?

U Rwanda rufite ikigo cy’igihugu cy’ubuziranenge RSB, ariko kitareba ubuziranenge bwa byose, kuko hari ahandi ubuziranenge burebwa na RURA, RGB n’izindi nzego zinyuranye. Muri iyi nkuru turareba bimwe muri byinshi bikeneye gukurikiranirwa hafi ku ireme ry’ubuziranenge bwabyo, cyakora ntituvuga buri kigo kibishinzwe, izo nzego ziriyizi . Ese kuba bimwe bibura gikurikirana, aho ntibyaba biterwa no […]

Kandida Depite Sebagenzi Ally ni umwe mu batangije ishyaka rishya mu Rwanda

Sebagenzi Ally Hussein wamenyekanye mu ruhando rwa politiki mu Rwanda ubwo yiyamarizaga ubudepite nk’umukandida wigenga mu matora aheruka ya 2018, ubu ni umwe mu batangije umutwe wa politiki mushya mu Rwanda, wiswe Nation Democratic Party of Rwanda, akaba anawubereye Visi Perezida wa mbere .   Mu mpera z’iki cyumweru, kuwa 14/09/2019, uyu mutwe mushya wa […]

N’ubwo Sergeant Kabayiza yafunguwe aracyifuza kuburana

Nyuma yo gufungurwa kwa Sergeant Franà§ois Kabayiza wari ufunganye na Rtd Gen Farn Rusagara na Colonel Tom Byabagamba, Kabayiza ntiyanyuzwe no gufungurwa arangije igihano cye, ahubwo we aracyifuza kuburana.   Impamvu itera Sergeant Kabayiza gushaka gukomeza kuburana, ni ukuba yari yarakatiwe imyaka itanu ashinjwa guhisha intwaro za gisirikare, icyaha atigeze yemera na rimwe, akanakijuririra ashaka […]

Imyaka 100 y’Abadiventisti mu Rwanda isize uruhurirane rw’ibikorwa by’iterambere

Mu gihe cy’iminsi itatu haba ibikorwa binyuranye byo kwizihiza yubile y’imyaka 100 Itorero ry’Abadiventisti b’Umunsi wa Karindwi rimaze mu Rwanda, habaye ibikorwa binyuranye, birimo kwishimira ibyagezweho no kumurika ibishya. Kuwa 31 Kanama 2019, habaye isengesho rikuru kuri Stade Amahoro, ahahuriye Abadiventisti baturutse hirya no hino mu Rwanda, bakuzura Stade yose, abandi bagatererwa intebe mu mpande […]

Mu Rwanda havutse ishyaka ridaharanira imyanya ya Politiki

Mu Rwanda havutse umutwe mushya wa Politiki wiswe NDP, ufite umwihariko wo kuvuga ko udaharanira imyanya ya politiki. Kugeza ubu mu Rwanda hari amashyaka 11 yemewe n’amategeko, ariko hakavugwa n’andi ane atarandikwa ngo yemerwe. Mu mashyaka atarandikwa, kuri uyu wa 21/08/2019 hiyongeyemo ishyaka rya Gatanu ari ryo NDP (National Democratic Party) Umuyobozi w’iri shyaka rishya […]

Rwanda Revenue mu gutanga inyemezabwishyu zihonyora amategeko ariho

Nyuma y’aho hamenyekaniye ko Nsabimana Dominique aciwe amafaranga nk’igihano cyo kuba atazi gusoma no kwandika, abandi Banyarwanda batangiye gutinyuka, bashyira ahabona izindi nyemezabwisyu zigaragaza ko bacibwa amande ari hanze y’itegeko. Buri bwoko bw’amande bugira icyiciro bubarizwamo, bukagira itegeko cyangwa amabwiriza abugena. Ariko mu minsi ishize hatangiye kuboneka inyemezabwishyu zigaragaza ko bamwe mu bakozi b’ikigo gishinzwe […]

HRW irasaba iperereza ryimbitse ku izimira ry’Abanyarwanda babiri

Umuryango uharanira uburenganzira bwa Muntu  “Human Right Watch (HRW)”  ufite icyicaro  i New York muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika urasaba ko hakorwa iperereza ryimbitse kandi ryizewe kurushaho ngo hamenyekane ahaherereye Abanyarwanda babiri baburiwe irengero, hashize ukwezi. Abanyarwanda bavugwa na Human Right Watch , umwe ni Bwana Ndereyimana Eugène umunyamuryango w’Ishyaka FDU-Inkingi riyoborwa na Ingabire […]

Nzishyura amande naciwe na Traffic Police – Minisitiri Busingye

Mu gihe Minisitiri w’Ubutabera w’u Rwanda Johnston Busingye yavaga mu Ntara y’Iburasirazuba agaruka i Kigali, yafotowe na Camera za Traffic Police ahita anacibwa amande, hifashishijwe ikoranabuhanga. Minisitiri Busingye Johnston yari avuye gusura imfungwa z’abagore biganjemo abahamwe no gukoresha cyangwa gukwirakwiza ibiyobyabwenge. Ubwo imodoka ye yarenzaga umuvuduko wemewe mu muhanda ahitwa Gihuta mu Karere ka Gatsibo […]

Tereriyo, intandaro y’itakazareme ry’uburezi mu Rwanda

Kuvuga ko ba tereriyo ari bamwe mu badindiza ireme ry’uburezi si uguca inka amabere, bitagomba ubushakashatsi buhambaye. Kuko niba hakiri abana barangiza amashuri abanza batazi kwandika amazina yabo, hakaba n’abasoza ayisumbuye batazi kwiyandikira ibaruwa isaba akazi ; ni uko hari zimwe mu ntore zitarasanira ku ruhembe zatorejwe. Imvugo nka Hize uwize, Karera si Bapfakurera, uko umwana […]

Ese u Rwanda rwiteguye gutumiza amashanyarazi 400MW muri Ethiopia bitarenze 2019?

Guverinoma y’u Rwanda irateganya kuva mu bihugu bikiri mu nzira y’amajyambere bikajya mu gihugu cyinjiza amafaranga make. Kugira ngo iyi ntego igerweho, guverinoma irateganya kubona amashanyarazi angana n’100% mu 2024. Mu rwego rwo kongera ubushobozi bwayo, u Rwanda rwasinyanye amasezerano y’ubwumvikane na Ethiopia yo gutumiza 400MW z’amashanyarazi muri Ethiopia mu gihe giciriritse ariko se Guverinoma […]

Inkotanyi: Gukotana ni uguhangana n’ibibazo, kandi kubohora ni ukuzana ibisubizo

Gukotana ntibivuga kurwana gusa, ahubwo ni uguhangana n’ikitwa ikibi cyose: ubutegetsi bubi, ubujiji, ubukene, amacakubiri, ubusambo, indwara z’ibyorezo, ruswa, kubangamira uburenganzira bwa muntu n’ibindi. Ibi biri mu byaranze Inkotanyi kuva zibaho, aho zarwaniraga zafashaga abo zihasanze, zigeze ku butegetsi zigumana iyo ngeso, none ubu n’amahanga arazirahira mu bikorwa by’ubutabazi n’ibiteza imbere abaturage. Inkotanyi mu urugamba […]

Abakoreye amakomini n’uturere baratakamba basaba ibirarane bimaze imyaka 12

Abahoze ari abakozi b’amakomini n’uturere kugeza 2006 baratakamba kuba bamaze imyaka 12 bishyuza ibirarane. Abo biganjemo abari abakonseye, abanyamabanga nshingwabikorwa ba za segiteri, n’abari abakozi mu turere no mu makomini. Ikibazo nk’iki kigaragara mu turere twinshi, turimo Kayonza, Gakenke, Rulindo n’ahandi. Abenshi ni abakoze hakiri amakomini 146, nyuma akaza kuvamo uturere 105. Mu gihe cy’ivugura […]