Canada n’u Buholandi byasabye abaturage babyo kwirinda kujya mu Burundi

Dutch 1366x768 removebg preview

Ibihugu bya Canada n’u Buholandi byaburiye abaturage babyo bibasaba kwirinda kujya mu gihugu cy’u Burundi by’umwihariko mu bice byegereye umupaka uhuza iki gihugu na Repubulika ya Demokarasi ya Congo, mu gihe hakomeje gututumba intambara hagati ya AFC/M23 na FARDC, muri Kivu y’Amajyepfo, Mujyi wa Uvira, uteganye n’Umujyi wa Bujumbura. Kuwa Mbere no kuwa Kabiri nibwo […]

Gitega: Bagiye gufata umurambo w’umuntu wabo basanga wahawe undi muryango

1722872570

I Karusi, mu Ntara ya Gitega, mu Burundi rwagati, mu buruhukiro bw’Ibitaro Twese Turashoboye, habaye ikosa ryo kwibeshya ku murambo ryateje ikibazo gikomeye. Umuryango wavuye i Muyinga, mu Ntara ya Buhumuza, wavumbuye bitinze ko umurambo wari uje gutwara wahawe undi umuryango wo muri Kiremba, mu Ntara ya Butanyerera kubwo kwibeshya. Ku wa Mbere, itariki ya […]

Malawi: Peter Mutharika wahoze ari perezida mu nzira zo gusubira ku butegetsi

1x 1

Uwahoze ari Perezida wa Malawi, Peter  Mutharika ubu niwe uri imbere cyane mu majwi mu matora ya perezida yabaye mu cyunweru gishize, ukurikije bibiri bya gatatu by’uturere tumaze gutangaza ibyavuye mu matora by’agateganyo. Mutharika, w’imyaka 85, amaze kugira amajwi hafi 66% mu majwi yemewe amaze kubarurwa kugeza ubu, mu gihe umukurikiye bya hafi, Perezida uri […]

Rusizi: Umugabo arashinjwa gutemagura se kugeza amwishe

rusizi

Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Rusizi bukurikiranye umusore w’imyaka 37 wishe se amutemesheje umupanga amuhora ko hanze kumuha isambu.  Icyaha akurikiranweho yagikoze ku mugoroba wo ku itariki ya 08 Nzeri 2025 mu Mudugudu wa Nyagashikira, Akagari ka Mwezi, Umurenge wa Karengera, Akarere ka Nyamsheke, ubwo uregwa yadukiriye se umubyara akamutema mu mutwe, ku maguru no […]

Iperereza ry’u Burundi ryaciye amarenga y’uko Rabin ashobora kuba yarishwe!

Medard Muhiza

Amakuru aturuka mu gihugu cy’u Burundi aravuga ko umusesenguzi DieudonnĂ© Niyukuri uzwi nka Rabin, uherutse kuburirwa irengero nyuma yo kugera ku butaka bw’u Burundi avuye mu Rwanda, yaba yarishwe nk’uko byaciwemo amarenga mu kiganiro cy’Ishyirahamwe riharanira uburenganzira bwa muntu, FOCODE. Biravugwa ko mu kiganiro cyateguwe na FOCODE ku Cyumwru, itariki 21 Nzeri, umukozi w’iperereza ry’u […]

Tshisekedi aravuga ko atazateza cyamunara amabuye y’agaciro ya Congo kuri Amerika 

Kuri uyu wa Mbere, itariki 22 Nzeri 2025, Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yatangaje ko amasezerano y’amahoro yagizwemo uruhare na Leta Zunze Ubumwe za Amerika yashyizweho umukono n’u Rwanda muri Kamena atigeze aturisha imirwano ibera mu burasirazuba bwa Congo, nubwo yashimiye Perezida Donald Trump kuba yaragerageje guhagarika amakimbirane. Ku itariki ya […]

Walikale: Abawazalendo basahuye umudugudu wose baraweza ntibasiga n’umunyu

41667

Umudugudu wa Lukoma, uherereye hagati ya Kikamata 1 na Buhendje, muri Gurupoma ya Luberike (Teritwari ya Walikale) muri Kivu y’Amajyaruguru, warasahuwe urezwa burundu ku Cyumweru, itariki ya 21 Nzeri, usahuwe n’inyeshyamba za Wazalendo, nk’uko bitangazwa na ACTUALITE.CD. Amakuru yatanzwe n’abaturage, avuga ko abasahuzi bitwaje imbunda, bahageze mu gitondo mu gihe abaturage biteguraga kujya mu gusenga. […]

Denmark: Ikibuga cy’indege cyahagaritse akazi nyuma yo kwinjirirwa na drones

GettyImages 2236307416

Igipolisi cya Denmark cyatangaje ko ku wa Mbere ikibuga cy’indege cya Copenhagen cyahagaritse imirimo nyuma y’uko indege zitagira abaderevu nyinshi zagaragaye muri ako gace.   Kuri konti ya X yemewe y’Ikibuga cy’Indege cya Copenhagen handitswe ko cyahagaritse imirimo kubera “izo drones.”   Ikibuga cy’indege cyongeye gufungura nyuma y’amasaha make, ariko cyemera ko hakomeza kubaho “gutinda […]

Rubavu: Akurikiranweho gusambanya umwana bari mu cyumba cy’amasengesho

ingoro y urukiko rwisumbuye rwa rubavu abaregwa baburaniramo

Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumubuye rwa Rubavu, bukurikiranye umugabo w’imyaka 36 y’amavuko w’umunyamasengesho ukurikiranweho icyaha cyo gusambanya umwana w’umukobwa w’imyaka 16 abikoreye mu cyumba cy’amasengesho. Icyaha akurikiranweho cyakozwe mu ijoro ryo ku itariki ya 16 Kanama 2025 mu Mudugudu wa Gafuku, Akagari ka Gikombe, Umurenge wa Rubavu, Akarere ka Rubavu. Ucyekwaho icyaha niwe uhagarariye icyumba cy’amasengesho […]

Goma: Hateranye inama idasanzwe ku miyoborere mishya igomba kuranga RDC

G1cgX0DXoAAQ4Bc

Ubuyobozi bukuru bwa politiki bw’Ihuriro Alliance Fleuve Congo (AFC / M23) bwateraniye i Goma kuri uyu was Mbere mu nama idasanzwe yo kubaka ubushobozi bw’imiyoborere mishya ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo. Iyi nama yo mu rwego rwo hejuru yahuje abayobozi bose bakuru ba politiki b’ihuriro barimo Umuhuzabikorwa, Corneille Nangaa Yobeluo, abamwungirije, Bertrand Bisimwa na […]

Juba: Hatangiye urubanza rwa visi perezida ushinjwa kugambanira igihugu

24e9a69fec514835ba0f10d3f9a20cc0 18

Urubanza rw’ubugambanyi rwa Visi Perezida wa mbere wahagaritswe ku mwanya we muri Sudani y’Epfo, Riek Machar, rwatangiye kuri uyu wa Mbere mu murwa mukuru, Juba, mu gihe umwunganizi we avuga ko urukiko rudafite ububasha bwo kuburanisha uru rubanza. Ifungwa rya Machar, afungiwe iwe mu rugo, kuva muri Werurwe ryateje ubwoba bwo kubura kw’intambara hagati y’abaturage […]

Amafoto: Perezida Ruto yagaragaye mu mihanda ya New York yerekeza ku cyicaro cya Loni

G1bUM8rXwAAw84O

Perezida William Ruto wa Kenya kuri iki Cyumweru yagaragaye mu mihanda ya New York agenda n’amaguru yerekeza ku Cyicaro cy’Umuryango w’Abibumbye aho yitabiriye inama ya 7 ya Komite y’abakuru b’ibihugu na guverinoma icumi (C-10) ku ivugurura ry’Akanama gashinzwe Umutekano ka Loni. Perezida Ruto yavuze ko guheza Afurika mu Kanama gashinzwe Umutekano k’Umuryango w’Abibumbye bitemewe kandi […]

Netanyahu yijeje gufatira ingamba ibihugu bizemera Leta ya Palestine

000 34XD4CX scaled 1

Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu yasobanuye ko igisubizo cya Israel ku cyemezo cyo kuri iki Cyumweru cyo kwemera Leta ya Palestine cy’ibihugu byinshi by’iburengerazuba kizemezwa nyuma yo kuva muri Amerika muri iki cyumweru twatangiye. Ni nyuma y’uko ku Cyumweru, Canada, u Bwongereza na Australia byatangaje ko byemeye Leta ya Palestine. Minisitiri w’Intebe Netanyahu yagize […]

Perezida Tshisekedi ari New York aho ashobora kuvugira ijambo ridasanzwe

Capture 8

Perezida FĂ©lix Antoine Tshisekedi Tshilombo wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, yageze i New York, muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, kuri iki Cyumweru kugira aho yitabiriye Inteko Rusange ya 80 y’Umuryango w’Abibumbye (UN). Umukuru w’igihugu cya Congo yaherekejwe n’umufasha we, Denise Nyakeru na ba minisitiri benshi batandukanye. Usibye inama y’abakuru b’ibihugu na guverinoma izatangira […]

Azerbaijan Grand Prix: Perezida Kagame yakurikiye isiganwa rya Formula 1 ribera i Baku

G1YS9uEWAAA8Mn6

Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, yashoje uruzinduko rw’iminsi itatu yagiriraga muri Azerbaijan yitabira Grand Prix ya Azerbaijan mu muhanda wa Baku Formula 1, byongera gushimangira icyifuzo cy’u Rwanda cyo  kugarura ibirori bya mbere by’amasiganwa y’imodoka muri Afurika bihaheruka mu myaka isaga 30 ishize. Ku mugoroba wo ku Cyumweru, Perezidansi y’u Rwanda yanditse ku rubuga rwa […]

Walikale: AFC/M23 yongeye gucakirana na Wazalendo/FARDC ahitwa Katobi

Walikale sur la carte

Imirwano hagati y’abarwanyi ba AFC / M23 na Wazalendo/FARDC biravugwa ko yasubukuwe mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru, itariki ya 21 Nzeri, i Katobi, mu gace ka Banakindi, muri Gurupoma ya Kisimba (Teritwari ya Walikale) mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Amakuru atandukanye ava mu karere k’imirwano avuga ko urusaku rw’intwaro ziremereye n’izoroheje rwumvikanye mu nkengero […]

UK, Canada na Australia byemeye Leta ya Palestine

state of palestine recognized

Kuri iki Cyumweru, u Bwongereza, Canada na Australia byemeye ku mugaragaro Palestine nk’igihugu, ibyerekana impinduka zikomeye muri politiki y’ububanyi n’amahanga ndetse no kwitandukanya na politiki ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Ibindi bihugu byinshi by’u Burayi birimo u Bufaransa, u Buholandi ndetse na Espagne nabyo birateganya kwemera Palestine nk’igihugu kigenga muri iki cyumweru gitaha. Mu […]

Tadej PogaÄŤar yatangaje ko yumva atekanye mu Rwanda kuruta henshi mu Burayi

RWwNLqozqinapGCiREhVnc

Igihangange mu mukino wo gusiganwa ku magare, Tadej PogaÄŤar, yatangaje ko yumva atekanye mu Rwanda kurusha uko aba yumva atekanye mu bihugu byinshi byo mu Burayi. Tadej PogaÄŤar na mugenzi we Urška Ĺ˝igart bakinira ikipe ya Slovenia, bari mu Rwanda, aho bitabiriye Shampiyona y’Isi y’Amagare ya 2025 ibera i Kigali mu Rwanda, kandi ibereye ku […]

Uganda: Komisiyo y’Amatora yanze imikono amagana ishyigikira kandidatire ya Bobi Wine

Bobi Wine 3 1

Umuyobozi w’ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi muri Uganda, Robert Kyagulanyi Ssentamu, uzwi cyane ku izina rya Bobi Wine, yashinje komisiyo y’amatora (EC) “gutesha agaciro nkana” icyifuzo cye cyo kuba perezida mu 2026 nyuma yo kwanga imikono amagana yatanzwe kugira ngo ishyigikire kandidatire ye. Mu ibaruwa yo ku itariki ya 19 Nzeri 2025 kandi yashyizweho umukono na […]

RDC: Abasirikare 17 ba FARDC bakatiwe imyaka 20 y’igifungo bazira gusambanya abana

soldiers

Urukiko rwa gisirikare muri Bunia rwakatiye abasirikare barenga icumi igifungo cy’imyaka makumyabiri kubera gufata ku ngufu no gushimuta abana bato. Ibi bihano byatanzwe nyuma y’iburanisha ry’urukiko ryateguwe ku nkunga ya ONG SOFEPADI na UNICEF, mu rwego rwo kurwanya ihohoterwa rishingiye ku gitsina rikorerwa abagore n’abakobwa. Iburanisha ryabereye mu cyumba cy’urukiko cyimuriwe ahakorewe icyaha imbere y’ibiro […]

Azerbaijan: Perezida Kagame yasuye ikigo gishinzwe serivisi za leta giteye imbere

G1S24l0XAAEaPHb

Kuri uyu wa Gatandatu, itarki 20 nzeri 2025, Perezida Kagame yakiriwe mu Ngoro ya Perezida ya Zugulba na Perezida Ilham Aliyev wa Azerbaijan, aho bagiranye ibiganiro imbonankubone ku bufatanye bw’ibihugu byombi mu nzego zitandukanye zifitiye inyungu ibihugu byombi, byakurikiwe n’isinywa ry’amasezerano atandukanye. Perezida Kagame yasuye ikigo cya Leta gishinzwe serivisi za Leta no guhanga udushya […]

Ibitaravuzwe ku ruzinduko rwa Tshisekedi i Pretoria yaba yarasabiwemo kuganira na Kabila

1758390379793

Inyuma y’uruzinduko rw’umukuru w’igihugu cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo FĂ©lix Tshisekedi i Pretoria, rwasobanuwe nk’urugamije kuganira ku mutekano n’ubufatanye, ngo haba hihishe inyuma ibindi bikorwa bya dipolomasi byo ku rwego rwo hejuru, aho amakuru agera kuri mediacongo.net avuga ko Perezida wa Afurika y’Epfo, Cyril Ramaphosa, yaba yatangiye gukorera inyuma y’amarido ku kongera kwegeranya FĂ©lix […]

Polisi yijeje umutekano ntangere muri Shampiyona y’Isi y’Amagare itangira kuri iki Cyumweru

Cover

U Rwanda, kuri iki Cyumweru, itariki ya 21 kugeza ku ya 28 Nzeri, ruzakira Shampiyona y’isi y’amagare (Union Cycliste Internationale-UCI) 2025, izabera mu Mujyi wa Kigali, ihuza ibihangange ku Isi mu mukino wo gusiganwa ku magare. Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, Assistant Commissioner of Police (ACP) Boniface Rutikanga, avuga ko nta mpungenge abantu bakwiye kugira […]

Malawi: Abayobozi muri komisiyo y’amatora bafunzwe bashinjwa kugerageza uburiganya mu matora aheruka

MCHW7724 1110x630 1

Polisi yo muri Malawi yataye muri yombi abayobozi umunani muri komisiyo y’amatora bakekwaho gushaka guhindura ibyavuye mu matora mu gihe kubara amajwi bikomeje nyuma y’amatora yo ku wa Kabiri ushize. Mu itangazo rye, umuvugizi wa polisi, Peter Kalaya, yavuze ko abayobozi umunani ba komisiyo y’amatora barimo umwanditsi w’amakuru ndetse n’umuyobozi wo hejuru batawe muri yombi […]

Gasabo: Ubushinjacyaha bukurikiranye uwishe mugenzi we bakoranaga amunize

csm Gasabo 122321pdf 545dd2d8f3 f130dad671

Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Gasabo bukurikiranye umugabo w’imyaka 47 y’amavuko ukekwaho kwica mugenzi we bakoranaga mu igaraje amunize. Icyaha akurikiranweho cyakozwe ku itariki ya 02 Kanama 2025, mu Karere ka Gasabo, Umurenge wa Gatsata, Akagari ka Karuruma. Bivugwa ko uregwa yagiranye amakimbirane na mugenzi we akamufata akamuniga kugeza apfuye amuziza gucyeka ko ariwe wamutwaye […]

Amerika yitambitse umwanzuro wa Loni usaba Israel guhagarika intambara muri Gaza

20un resolution hwgl threeByTwoLargeAt2X v2

Amatora yo kuri uyu wa Kane yabaye hasigaye iminsi mike ngo habe inama ngarukamwaka y’abayobozi b’Isi mu Nteko Rusange y’Umuryango w’Abibumbye, aho Gaza izaba ingingo nyamukuru kandi biteganijwe ko ibihugu bikomeye by’inshuti za Amerika bizemera igihugu cyigenga cya Palesitine. Umwanzuro w’Akanama k’Umutekano k’Umuryango w’Abibumbye kuwa Kane wasabaga ko intambara ibera muri Gaza ihagarikwa byihuse kandi […]

U Bufaransa bwahambirije abadipolomate babiri ba Mali

article france paris view from arc de triomphe

U Bufaransa bwatangaje ko bwahagaritse ubufatanye mu kurwanya iterabwoba na Mali kandi butegeka abadipolomate babiri ba Mali kuva ku butaka bwabwo. Buravuga ko ari mu rwego rwo gusubiza ifatwa ry’umukozi wa dipolomasi y’u Bufaransa wafatiwe i Bamako muri Kanama, nk’uko Ibiro Ntaramakuru by’u Bufaransa (AFP) byabitangaje kuri uyu wa Gatanu bibikesha dipolomasi y’u Bufaransa. Abadipolomate […]

U Rwanda rushobora kuba igihugu cya mbere muri Afurika gifite ibirindiro bya gisirikare mu kindi gihugu

rwandan soldiers scaled 800x533 1

Amakuru akomeje kuzenguruka ku mbuga nkoranyambaga ataremezwa n’urwego urwo ari rwo rwose rubishinzwe, aravuga ko u Rwanda rwaba ruteganya kugira bwa mbere ibirindirindo bya gisirikare mu kindi gihugu cya Afurika nyuma y’aho rukomeje kwigaragaza mu kubungabunga amahoro hirya no hino ndetse no gutabara ibindi bihugu ku masezerano hagati y’ibihugu. Aya makuru avuga ko amasezerano y’ubufatanye […]

Ba Komanda ba RDF na TPDF bakorera ku mupaka basoje inama bakoreraga muri Ngara

G1KDVUhXYAAauMl

Kuri uyu wa Kane, itariki 18 Nzeri, Diviziyo ya 5 y’Ingabo z’u Rwanda (RDF) na Brigade ya 202 y’Ingabo za Tanzania (TPDF) baksoje inama y’umutekano, y’abayobozi b’ingabo bakorera hafi y’umupaka, bakoreraga mu Karere ka Ngara, muri Tanzaniya. Iyi nama yashojwe impande zombi zishimira intambwe imaze guterwa kuva bahura bwa mbere mu nama yibanze ku guhagarika […]

Burundi: Cholera iri kuvuza ubuhuha mu Ntara ya Bujumbura

Au centre de traitement du cholera a Rugombo un homme se deplace sous la surveillance des soignants dans une region du nord ouest du Burundi touchee par lepidemie 3800x2138 c

Kuva mu ntangiriro za Nzeri, abantu 226 bamaze kwandura cholera muri komini za Cibitoke na Bukinanyana, mu Ntara ya Bujumbura, mu burengerazuba bw’u Burundi. Ibigo byita ku barwayi byarengewe ubu birahabwa inkunga n’abaganga batagira umupaka (MSF), kubera ko iki cyorezo cyiyongera, bitewe no kubura amazi meza n’ibikorwa remezo by’isuku. Icyorezo cya cholera kirimo kwiyongera mu […]

Ghana: Abimukira boherejwe na Amerika bahise bafungwa

shutterstock 1349712146 min.2305011223550

Igihugu cya Ghana kiravugwaho gufunga bamwe mu bimukira giherutse kwakira boherejwe na Leta Zunze Ubumwe za Amerika kuri ubu bajyanye leta y’iki gihugu mu nkiko. Umunyamategeko Oliver-Barker Vormawor, wunganira abantu 11 bafungiwe muri Ghana nyuma yo koherezwa bavuye muri Amerika, yabwiye BBC ko bareze leta y’icyo gihugu cyo muri Afurika y’uburengerazuba. Uyu munyamategeko avuga ko […]

Kivu y’Amajyepfo: Imitwe 2 ya wazalendo irahanganye muri Mwenga

congolese soldiers goma 1

Imitwe ibiri y’inyeshyamba za Wazalendo yasubiranyemo kuva ku wa Gatatu, itariki 17 Nzeri, muri centre ya Mwenga (Kivu y’Amajyepfo). Iyi mirwano irahuza unutwe wa Malaika n’uwa Nyakiliba. Amakuru dukesha ACTUALITE.CD avuga ko kuri uyu wa Kane mu mujyi hongeye kumvikana urusaku rw’imbunda ziremereye n’izoroheje. Nibura abantu batatu bari bamaze kumenyekana ko bapfuye ku wa Gatatu. […]

Tshisekedi ari mu ruzinduko rw’akazi muri Afurika y’Epfo

G1IJDD8W4AA olf

Ku butumire bwa mugenzi we wa Afurika y’Epfo, Cyril Ramaphosa, Perezida FĂ©lix Antoine Tshisekedi Tshilombo yageze i Pretoria, muri Afurika y’Epfo, mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane mu ruzinduko rw’akazi rumara amasaha menshi. Ageze ku kibuga cy’indege cya gisirikare, Umukuru w’igihugu cya Congo Kinshasa yakiriwe na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wungirije wa Afurika y’Epfo, Thandi […]

Barashaka ko u Rwanda ruba umuyonga? – Nduhungirehe ku myitwarire ya Loni

G1HUM4cW4AAstNk

“Barashaka ko u Rwanda ruba umuyonga? U Rwanda ni igihugu cyugarijwe, abanyamahanga barabizi kandi twabahaye ibimenyetso. Izo ngamba [z’ubwirinzi] zizagumaho mu gihe FDLR igihari,” ibi ni ibyatangajwe na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Olivier Nduhungirehe, ku Cyicaro cy’ihuriro y’imitwe ya Politiki yemewe mu Rwanda ku Kacyiru. Ni mu kiganiro Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb Olivier Nduhungirehe yahaye […]

UAE yahagaritse guha visa Abagande guhera Mutarama 2026

LABOUR EXPORT

Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu (UAE) zatangaje ko zizahagarika itangwa rya viza z’ubukerarugendo n’akazi ku benegihugu ba Uganda guhera muri Mutarama 2026, icyemezo gishobora guhungabanya gahunda yo guhererekanya abakozi, byagira ingaruka ku mafaranga yoherezwaga mu ngo, no ku bucuruzi n’ubucuruzi. Aya mabwiriza yatangajwe binyuze mu rwego rushinzwe abinjira n’abasohoka muri Abu Dhabi, rwongeye Uganda ku rutonde […]

Icyamamare Jimmy Kimmel yambuwe ikiganiro yakoraga kubera ibyo yavuze ku rupfu rwa Charlie Kirk

gettyimages 2235240617

ABC yahagaritse igihe kitazwi umunyamakuru w’icyamamare, Jimmy Kimmel, wakoraga ikiganiro cyo mu masaha akuze y’ijoro kubera ibitekerezo yatanze ku bijyanye n’iraswa riheruka ry’Umu-Conservateur, Charlie Kirk. Umuvugizi w’iyi televiziyo ya Disney yagize ati: “Jimmy Kimmel Live izahagarikwa igihe kitazwi.” Mu ntangiriro z’iki cyumweru, Kimmel mu kiganiro cye yavuze ko “agatsiko ka Maga (Make America Great Again)” […]

Gicumbi: Umugabo akurikiranweho kwica umugore we akoresheje majagu

IMG 20231124 WA0041

Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Gicumbi bwaregeye Urukiko Rwisumbuye rwa Gicumbi dosiye iregwamo umugabo w’imyaka 57 y’amavuko utuye mu Karere ka Gicumbi, Umurenge wa Muko , Akagari ka Cyamuhinda, Umudugudu wa  Ntoranya, ukurikiranweho icyaha cyo kwica umugore bashyingiranywe byemewe n’amategeko w’imyaka 49 y’amavuko amukubise isuka ya Majagu mu mutwe. Icyaha akurikaranweho yagikoze ku itariki ya […]

Paris: Munyemana wahamijwe ibyaha bya jenoside ari kuburana mu bujurire

images 4

Kuri uyu wa Kabiri ushize, itariki 16 Nzeri, urubanza mu bujurire rwa Sosthène Munyemana, wahoze ari umuganga mu Rwanda wahamijwe uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994, rwatangiriye mu rukiko rw’i Paris. Mu 2023, yakatiwe igifungo cy’imyaka 24 kubera “kugira uruhare muri jenoside, ibyaha byibasiye inyoko muntu, no kugira uruhare mu nama zateguriwemo […]

Hakomeje kwibazwa uko Rabin yemeye kujya mu Burundi mbere yo gushimutwa n’ubutasi – Inkuru y’imvaho

vlcsnap 2024 11 05 17h12m02s417

Hakomeje kwibazwa ukuntu Umurundi Niyukuri DieudonnĂ©, uzwi ku izina rya Rabin, yashutswe akemera kujya mu Burundi, aho yageze agahita atabwa muri yombi n’inzego z’ubutasi z’u Burundi, mu gihe yari azi neza ko amaze iminsi anenga ubutegetsi bwa CNDD-FDD ku mugaragaro mu biganiro yagiye atanga kuri channels zitandukanye za youtube nk’umusesenguzi. Amakuru mashya Bwiza ifite aremeza […]

Afurika: Urukiko rwateye utwatsi ubujurire bw’umuryango wa Lungu udashaka ko ashyingurwa muri Zambia

President Edgar Lungu

Kuri uyu wa Kabiri, itariki 16 Nzeri, Urukiko Rukuru muri Afurika y’Epfo bwateye utwatsi ubujurire bw’umuryango wa nyakwigendera Perezida wa Zambia, Edgar Lungu, wasabye guhagarika kohereza umurambo we muri Zambia kugira ngo abe ari ho ashyingurwa. Uyu muryango wegereye urukiko muri Pretoria ujuririra urubanza rwaciwe mbere rwahaye Guverinoma ya Zambia uburenganzira bwo gusubiza umurambo wa […]

CICR ivuga ko yiteguye gufasha mu guhererekanya imfungwa hagati ya Kinshasa na AFC/M23

20250430104707225727 CICR 3

Umuryango Mpuzamahanga utabara Imbabare wa Croix-Rouge (CICR) yatangaje kuri uyu wa Kabiri, itariki 16 Nzeri, watangaje mu butumwa yashyize kuri konti yawo ya X (Icyahoze ari twitter), ko witeguye gutanga umusanzu mu kurekura imfungwa mu rwego rw’amasezerano yasinywe hagati ya Guverinoma ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo na AFC/M23. CICR yanditse iti: “Nyuma yo gusinya […]

Rwampara: Umugabo uri mu kigero cy’imyaka 30 na 35 yasanzwe muri ruhurura yapfuye

biryogo 2

Kuri uyu wa Kabiri, itariki ya 16 Nzeri 2025 mu gitondo, muri ruhurura ya Rwampara hasanzwemo umugabo witwa Karoli yapfuye, bikaba bikekwa ko yaba yishwe n’inzoga kuko bivugwa yari yiriwe azisangira n’abandi bantu ku wa Mbere baje gutungurwa no gusanga yapfuye. Karoli wari utuye mu Mudugudu wa Nyiranuma, mu Kagari ka Biryogo, mu Murenge wa […]

Abawazalendo bageze aho basaba gutumirwa i Doha no kwinjizwa muri guverinoma

AP24302473830882

Mu gihe mu minsi ishize hadutse umwuka mubi hagati y’inyeshyamba za Wazalendo n’abayobozi i Kinshasa, cyane cyane ku bijyanye no kohereza Gen. Olivier Gasita muri Uvira, kuri ubu izi nyeshyamba biravugwa ko zoherereje  inyandiko Perezida FĂ©lix Tshisekedi ikubiyemo ibyo zisaba. Mu gihe bemeza ko batazahemukira Guverinoma ya Kinshasa, bagize na bo ibyo basaba nk’ikiguzi cy’ubwo […]

RDC: Kamerhe ashobora kurara yegujwe ku buyobozi bw’inteko ishinga amategeko

jad20230324 ass rdc vital kamerhe 1256x628 1679673129

Kuri uyu wa Gatatu, Vital Kamerhe ashobora gutakaza umwanya we ku buyobozi bw’inteko ishinga amategeko, umutwe w’Abadepite. Ku wa Mbere, abadepite batanze icyifuzo gisaba kwegura benshi mu bagize biro y’inteko ishinga amategeko, barimo Perezida wa yo Vital Kamerhe, umaze igihe ari umusangirangendo w’umukuru w’igihugu. Ubusabe bwo kumweguza bwashyizweho imikono 262, irenga ubwiganze busabwa bwa 250. […]

Kubera Igisirikare cya Congo u Rwanda ruriho, Uganda iriho, Tanzania iriho ndetse n’u Bubiligi – Eliezer Ntambwe

fdockX8o18jP 1hM

Muri video yakwirakwijwe cyane ku mbuga nkoranyambaga kuri wa Kabiri, itariki ya 16 Nzeri, Minisitiri ushinzwe abahoze mu gisirikare muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Eliezer Ntambwe, yahaye icyubahiro Igisirikare cya Congo yemeza ko kubera cyo, ibihugu byinshi ubu biriho mu gihe byakabaye byaragizwe ingaruzwamuheto. “Kubera Ingabo za Congo, u Rwanda ruriho, Uganda iriho, Tanzaniya […]

Trump yajyanye The New York Times mu nkiko ayishyuza miliyari 15$

paris france nov front page new york times featuring headline trump storms back highlighting donald s return to presidency 344070347

Kuri uyu wa Mbere, itariki 15 Nzeri 2025, Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatanze ikirego cyo ashinja ikinyamakuru New York Times hamwe n’abanyamakuru bane b’ikinyamakuru kumusebya asaba miliyari 15 z’amadolari ya Amerika y’impozamarira, nyuma y’amezi macye areze n’ikinyamakuru Wall Street Journal. Trump yavuze ko iki kinyamakuru ari “igikoresho” cy’ishyaka ry’Abademokarate (ic)” […]

McGregor wabaye indwanyi ya mbere ku Isi muri MMA yaretse gushaka kuba perezida

Uwahoze ari champion mu mukino njyarugamba wa MMA (Mixed Martial Arts), Conor McGregor, yatangaje ku wa Mbere ko atakibaye umukandida mu matora ya perezida ateganyijwe muri Irlande ku itariki ya 24 Ukwakira. Mu ntangiriro z’uku kwezi, McGregor yavuze ko aziyamamariza umwanya wa perezida, avuga ko “igihe cy’impinduka nyazo kigeze,” kandi yiyemeza kutazashyira umukono ku mushinga […]

RDC: Abarwanyi ba M23 bafashe indi midugudu 2 muri Masisi

pix 10 copy 1735711505

Imidugudu ya Ndurumo na Kinyaongo, iherereye muri Gurupoma ya Bashali Mokoto, muri Sheferi ya Bashali, no muri Gurupoma ya Bapfuna, mu Murenge wa Osso Banyungu (Teritwari ya Masisi) muri Kivu y’Amajyaruguru, yafashwe n’ingabo za AFC / M23 kuri uyu wa Mbere, itariki 15 Nzeri, nyuma yo kurwana na Wazalendo. I Ndurumo, hafi ya Lukweti, imirwano […]

DCG Ujeneza yatangije inama igenzura ubushobozi bw’ibikoresho bw’inzego zoherezwa mu butumwa bw’amahoro

G046vlPW0AA2qwg

Umuyobozi Mukuru Wungirije wa Polisi y’u Rwanda ushinzwe ubutegetsi n’abakozi, DCG Jeanne Chantal Ujeneza, kuri uyu wa Mbere, itariki 15 Nzeri, yatangije ku mugaragaro inama y’iminsi itatu igenzura ubushobozi mu rwego rw’ibikoresho n’amahugurwa bihabwa Polisi n’Ingabo boherezwa mu butumwa bw’amahoro. Inama yabereye ku cyicaro gikuru cya Polisi y’u Rwanda ku Kacyiru. Ni inama iba mu […]

Umusesenguzi Rabin yashimuswe n’ubutasi bw’u Burundi

hq720 1

Umunyamakuru n’umusesenguzi w’Umurundi wabaga mu Rwanda nk’impunzi, Niyukuri Dieudonne wari uzwi ku izina rya Rabin, akaba yarakoranye n’ibinyamakuru bitandukanye hano mu Rwanda, birimo nka Bwiza News, biravugwa ko yashimuswe n’inzego z’umutekano z’u Burundi. Hari hashize iminsi atavugana na bagenzi be bo mu Rwanda, ariko mu gukomeza kubaririza biza kumenyekana ko yashimuswe kuri ubu ari ku […]

Zambia: Abapfumu 2 bakatiwe bazira kugerageza kuroga perezida

HAKAINDE HICHILEMA

Kuri uyu wa Mbere, itariki 15 Nzeri, urukiko muri Zambia rwakatiye abaganga gakondo babiri b’abapfumu kubera kugerageza kuroga Perezida w’iki gihugu, Hakainde Hichilema. Leonard Phiri w’imyaka 43 wo muri Zambia na Jasten Mabulesse Candunde w’imyaka 42 ukomoka muri Mozambique, bahamwe n’icyaha cyo gutunga ibintu bitandukanye bikoreshwa mu kuroga birimo uruvu ruzima, cyangwa umuserebanya w’amabara, kandi […]

Masisi: M23 yafashe bwa mbere Umudugudu wa Ronga nyuma y’imirwano ikaze

97b8c540 cb47 11ef bb10 a5f3e63456bb.jpg

Umudugudu wa Ronga, uherereye mu gace ka Hembe, muri Sheferi ya Bashali Mokoto, Teritwari ya Masisi, muri Kivu y’Amajyaruguru, wafashwe ku nshuro ya mbere n’abarwanyi ba AFC/M23 nyuma y’imirwano ikaze na Wazalendo/FARDC umunsi wose wo ku Cyumweru, itariki 14 Nzeri 2025. Amakuru agera ku rubuga Kivu Morning Post aturuka muri ako gace, avuga ko mu […]

USA: Abayobozi n’abanyapolitiki bamaze kwicwa cyangwa kururokoka mu mateka

file 20240715 21 70vay4

Muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika haherutse kwicwa Charlie Kirk, umwe mu bafatanyabikorwa ba politiki ba hafi ba Perezida Donald Trump. Iyi mpirimbanyi yo gutsimbarara ku matwara ya kera yishwe kuwa Gatatu yiciwe aho yari muri Kaminuza ya Utah arimo gusobanura ibyo aharanira ubwo yaraswaga mu ijosi bikavugwa ko yapfuye nyuma gato. Iyicwa rya Kirk […]

Gen. Maj. Chiko wananiwe M23 ubu ahanganye n’inyeshyamba za Mobondo

IMG 20250914 WA0040

Komanda w’Akarere ka mbere ka Gisirikare ka FARDC, Gen. Major Chiko Tshintambwe, ari i Kikwit, umurwa mukuru w’Intara ya Kwilu, kuva ku Cyumweru, itariki ya 14 Nzeri 2025, mu butumwa bwo kugenzura no kuganira n’abasirikare bagira uruhare mu guhiga inyeshyamba za Mobondo. Nk’uko byatangajwe na Capt. Antony Mwalushay, Umuvugizi w’ibikorwa bya Ngemba, ngo uruzinduko rw’uyu […]

Vatican: Abagera ku 80,000 bitabiriye concert irimo ba Pharell William, John Legend na Jennifer Hudson

1536x864 cmsv2 fb7a3b3a 0f7d 5af7 acc3 2115627e2813 9465982

Ibihumbi n’ibihumbi byateraniye mu rubuga rwitiriwe Mutagatifu Petero mu ijoro ryo ku wa Gatandatu, itariki 13 Nzeri, mu gitaramo cyiswe Grace for the World concert, cyayobowe na Andrea Bocelli na Pharrell Williams. Igitaramo cyakurikiwe n’imyiyereko ya drones idasanzwe. Abantu barenga 80.000 n bo bitabiriye iki gitaramo cy’imbonekarimwe cya Grace for the World cyabereye i Vatikani […]

U Buyapani bwaciye agahigo ko kugira abantu hafi 100,000 bafite imyaka 100

d73da5c0 8fcb 11f0 a984 69b738896393.jpg

Umubare w’abantu mu Buyapani bafite imyaka 100 cyangwa irenga wazamutse ugera ku rwego rwo hejuru hafi 100.000, nk’uko guverinoma yabitangaje. Minisiteri y’ubuzima yatangaje ku wa Gatanu ko yakoze amateka mashya mu mwaka wa 55 wikurikiranya, aho umubare w’abafite imyaka ijana mu Buyapani wari ugeze ku 99.763 muri uku kwezi kwa Nzeri. Muri abo bose, abagore […]

Uburanga n’ikimero by’umwuzukuru wa Museveni bikomeje kuvugisha benshi – Amafoto

G0ux4kPWMAA bpW

Uburanga bw’umwuzukuru wa Perezida Museveni,  Nsasirwe Karugire Keinembabazi akaba umukobwa wa Natasha Museveni, bukomeje kuvugisha benshi ku mbuga nkoranyambaga nyuma y’amafoto y’imyiteguro y’ubukwe bwe akomeje gucicikana hirya no hino. Umuryango wa Perezida Yoweri Museveni urimo kwitegura gushyingira umwuzukuru we, Nsasiirwe Keinembabazi Karugire, uzwi cyane ku izina rya Tasha cyangwa Sasii, witeguye kubaka urugo rwe. Tasha […]

Trump yasabye NATO kureka peteroli y’u Burusiya niba ishaka ko abufatira ibihano bikaze

c 65 800x445 1

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko yiteguye gufatira u Burusiya ibihano bikaze, ariko mu gihe ibihugu bya NATO byakuzuza bimwe mu byo abisaba birimo guhagarika kugura peteroli y’u Burusiya. Mu butumwa yanditse ku rubuga nkoranyambaga rwe, Truth Social, yavuze ko “yiteguye gufatira u Burusiya ibihano bikomeye” mu gihe ibihugu bya […]

Iturika rihambaye mu kabari k’i Madrid ryahitanye umuntu abandi barakomereka

73986270 605

Mu ijoro ryo kuwa Gatandatu rishyira kuri iki Cyumweru, iturika rihambaye mu kabari ko mu murwa mukuru wa Espagne, Madrid, ryahitanye umuntu umwe rikomeretsa byibuze 25. Abakozi bashinzwe ubutabazi babonye umurambo w’umugabo mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru ubwo bashakishaga bari kumwe n’abashinzwe kuzimya umuriro n’abapolisi baho, nkuko byatangajwe na serivisi zishinzwe ubutabazi bwihutirwa i […]