Umugabo arasaba Frw asaga miliyari imwe na miliyoni 9 kuko ishuri ryogoshe umwana we

Se w’umukobwa w’imyaka irindwi wogoshwe umusatsi na mwalimu ku ishuri nta burenganzira bw’ababyeyi abiherewe ari gukurkirana ishuri n’abakozi baryo babiri yishyuza indishyi ya miliyoni imwe y’amadorari (1,009,047,800 Rwf). Ikirego cya Jimmy Hoffmeyer kivuga ko uburenganzira bw’umukobwa we w’icyotara bwahonyowe. Yavanye uyu mukobwa we muri iryo shuri. Iperereza ryakozwe n’iri shuri rya leta ryarangiye mu kwa […]

Ubwoba ni bwose mu mpunzi z’Abanyarwanda baba muri Mozambique

Ukuriye ishyirahamwe ry’impunzi z’Abanyarwanda muri Mozambique, Cleophas Habiyaremye, yavuze ko iyicwa rya Karemangingo ryongereye ubwoba kuri izo mpunzi muri Mozambique. Habiyaremye avuga ko uretse ubwoba ahanini buri mu mpunzi z’Abanyarwanda muri Mozambique, buva ku ibura kwa Cassien Ntamuhanga wari wafashwe na polisi mu mezi atatu ashize, gusimbuka urupfu kw’umunyamabanga w’iryo shyirahamwe mu byumweru bitatu bishize, […]

Umugabo wa Teta Sandra yahawe umwanya mu ihuriro ry’abahehesi ba mbere muri Uganda

Nyuma y’aho umunyamakuru wa siporo kuri NTV, Andrew Kabuura, ashyiriwe ku karubanda ko aca inyuma umugore we, Flavia Tumusiime, binyuze ku mukobwa witwa Mercy Twinomujuni, muri Uganda hasohotse urutonde rw’abagabo b’abahehesi ndetse banahabwa imyanya mu ihuriro ryabahuza. Umugabo wa Teta Sandra, Douglas Mayanja a.k.a Weasel Manizo yagizwe Umuhuzabikorwa mukuru wa SAU ( Sharp Shooters Association […]

Umunyeshuri yakoze siporo yishimira ko asoje amasomo ahita apfa

Umunyeshuri witwa Abdul Majeed Sani, wari usoje amasomo muri Kaminuza ya Winneba (UEW), yapfuye nyuma yo gukora siporo (backflipping) yishimira ko akoze ikizamini cya nyuma cya kaminuza. Uyu musore yapfuye nyuma yo kuvurwa imvune yavanye muri iyo siporo yakoze, ntibyakunda kuko yaguye nabi, kuko yashinze ijosi, akavunika uruti rw’umugongo (spinal cord) Sani wari usanzwe amenyereye […]

Unamureba yazanye iminkanyari ku ruhu- Umwavoka wa Dr Kayumba umaze iminsi itanu atarya

Umunyamategeko w’Umunyepolitiki Dr Christopher Kayumba, ufunze, uri kwiyicisha inzara kuva kuwa Gatanu w’icyumweru gishize, Me Ntirenganya Seif Jean Bosco, avuga ko atameze neza ku bwo kumara icyo gihe cyose atarya, ngo abasha kuvuga ariko ijwi rito. Dr Kayumba wafunzwe kuwa kane w’icyumweru gishize, ku mugoroba wo ku wa kane ubushinjacyaha bwamusanze aho afungiye bumubaza ku […]

Ni wowe ubitera-Umugore abwira umugabo we wamusanze asambanira mu rugo rwe

capture-59.png

Umugabo utaramenyekana amazina yakoresheje imbuga nkoranyambaga, avuga ko ubwo yagwaga gitumo umugore we asambana n’undi mugabo, yavuze ko ari we nyirabayazana. Uyu mugabo avuga ko ahubwo uyu mugore yahindukiye, agashinja umugabo we ko ari we umuca inyuma. Mu butumwa bwe, uyu mugabo yabazaga abandi niba haba hari impamvu ifatika umuntu yaha undi igihe yaba amusanze […]

Umucuruzi Rugemalira yarekuwe

Umucuruzi witwa James Rugemalira yarekuwe na Leta ya Tanzania nyuma y’aho umushinjacyaha mukuru, amuhanaguyeho ibyaha. Mu kwezi kwa Kamena 2017, Rugemalira na mugenzi we Seth, bagejejwe mu rukiko bashinjwa ibyaha bitandatu bifitanye isano n’ubucuruzi bukozwe bunyuranyije n’amategeko. Mu byaha bashinjwaga, harimo ko aba bacuruzi bahombeje Leta Tsh Miliyari 358. Kurikira ibiganiro n’amavidewo binyura kuri Bwiza […]

Igisubizo ku bakemanga imibare ya NISR ko ubukungu bwiyongereyeho 20%

Ikigo cy’u Rwanda cy’ibarurishamibare cyatangaje ko umusaruro mbumbe (GDP/PIB) mu gihembwe cya kabiri (ukwezi kwa 4, 5,6) cy’uyu mwaka wazamutse ku kigero cya 20,6%. Ni igipimo cyo hejuru cyatumye hari abibaza impinduka zabayeho mu gihe gito gishize u Rwanda rutangiye gusohoka mu mabwiriza ahagarika ibikorwa byinshi by’ubukungu. Kuri iyi ngingo, Teddy Kaberuka, umusesenguzi mu bukungu […]

Ubwongereza, Amerika na Australia mu mugambi wo kuvira inda imwe ku Bushinwa

Ubwongereza, Amerika na Australia byatangaje ko byagiranye amasezerano yihariye yo mu rwego rw’umutekano yo gusaraganya ikoranabuhanga rigezweho mu bya gisirikare, mu muhate wo guhangana n’Ubushinwa. Ubu bufatanye buzatuma ku nshuro ya mbere Australia ishobora kubaka amato (ubwato) yo munsi y’inyanja akoreshwa n’ingufu za nikleyeri. Ubu bufatanye, buzitwa AUKUS, buzaba buri mu rwego rw’imashini zikoresha ubuhanga […]

Umugabo yigambye gushyingura umugore utwite ari muzima ku bw’umudepite

Umugabo witwa Felix Ansah, usanzwe akora akazi ko gutwara abantu yabwiye urukiko rwo muri Ghana ko yashyinguye umugore utwite muzima ku mpamvu z’uwahoze ari umudepite mu gace kitwa Ashaiman, Alfred Agbesi. Uyu mushoferi ubwo yari mu rukiko kuwa 13 Nzeri yabwiye urukiko ko mu bihe byashize yishe abantu benshi, barimo umugore utwite yashyinguye ari muzima […]

Inka zagaragaje ko zakoresha neza ubwiherero kurusha abantu- Ubushakashatsi

Inka zishobora kumenyerezwa gukoresha ahagenewe kuganga (toilette) mu rwego rwo kugabanya imyuka ihumanya ikirere, kurusha abantu, nk’uko abashakashatsi babivuga. Mu igerageza ryabereye mu Budage, abahanga bamenyereje inka ku ngingo yo kuba zazajya zijya ahantu runaka igihe zishaka kuganga, amaganga akegeranywa nyuma akayungururwa. Iri gerageza rivuga ko ” Imitavu (inyana zikiri nto cyane) zerekanye urugero rwo […]

Hari undi Munyarwanda wari uherutse kurusimbuka muri Muzombique

Uretse urupfu rwa RĂ©vocat Karemangingo, wari uyoboye komisiyo y’umutungo mu bakuriye impunzi z’Abanyarwanda muri Mozambique wishwe arashwe ku mugoroba wo ku wa mbere ageze hafi y’iwe hanze gato y’umurwa mukuru Maputo, hari undi wo muri iryo shyirahamwe na we wari uherutse guhushwa. Umuyobozi w’ishyirahamwe ry’impunzi z’Abanyarwanda muri Mozambique, ClĂ©ophas Habiyaremye, yabwiye BBC ko mu minsi […]

Twagirayezu Wenceslas ntazakomeza gushaka abamushinjura

Urugereko rwihariye rukurikirana imanza z’ibyaha byambukiranya imipaka ruri i Nyanza mu majyepfo y’u Rwanda rwanze icyifuzo cy’uwunganira Wenceslas Twagirayezu cyo kongererwa igihe n’ubushobozi mu gukomeza iperereza rigamije gushaka abatangabuhamya bashinjura. Urukiko rwavuze ko abatangabuhamya atashoboye kugeraho bazabazwa hifashishijwe ikoranabunga. Wenceslas Twagirayezu n’umwunganira Me Bikotwa bombi bari mu rukiko kuwa 14 Nzeri 2021 nk’uko BBC yakurikiranye […]

Yolande Makolo ku basaba u Bwongereza kwanga Min. Busingye nka Amb. w’ u Rwanda

Umuvugizi wa Leta y’ u Rwanda, Yolande Makolo, avuga ko Minisitiri w’Ubutabera w’igihugu cye yakoze neza inshingano ze n’umuhate mwinshi kandi ko ifatwa rya Paul Rusesabagina ryakurikije amategeko haba ay’igihugu cyangwa mpuzamahanga. Aya ni amagambo ya Makolo wavugaga ku kuba hari abasabiye Busingye ibihano ndetse bagasaba ko yakwangwa nka Ambasaderi w’ u Rwanda mu Bwongereza, […]

Umukobwa yiswe ‘Umunyarwanda’ nyuma yo kuvugwaho gusenya urugo rw’abanyamakuru bubashywe muri Uganda

Umukobwa witwa Mercy Twinomujuni wavuzwe ko ari we nshoreke ya Andrew Kabuura, umunyamakuru wa Siporo kuri NTV, yatangiye kwitwa Umunyarwanda na bimwe mu binyamakuru nyuma yo gutungwa intoki ko asenye urugo rwa Flavia Tumusiime, umunyamakuru ukunzwe na benshi. Ku cyumweru nibwo habonetse ibimenyesto bigoye guhakana ko Kabuura adaca inyuma umugore wubashywe mu itangazamakuru rya Uganda, […]

Karemangingo yishwe arashwe amasasu atandatu- Ishyirahamwe ry’Abanyarwanda muri Mozambique

Umugabo wari mu bakuriye impunzi z’Abanyarwanda muri Mozambique yishwe arashwe amasasu atandatu ku mugoroba wo ku wa mbere ageze hafi y’iwe mu murwa mukuru Maputo, nk’uko ukuriye ishyirahamwe ry’izo mpunzi, ClĂ©ophas Habiyaremye, abivuga. RĂ©vocat Karemangingo, wari ushinzwe komisiyo y’umutungo muri iryo shyirahamwe, yarashwe n’abantu bari mu modoka ya Toyota Fortuner, nk’uko bivugwa na ClĂ©ophas Habiyaremye […]

Dr Kayumba uri kwiyicisha inzara aho afungiye yanze gusuzumwa na muganga

Umunyapolitiki, Dr Christopher Kayumba uri mu myigaragambyo yo kwiyicisha inzara aho afungiye, yajyanywe ku bitaro by’akarere ka Gasabo ngo asuzumwe, nk’uko umunyamategeko we abivuga. Kuva kuwa gatanu, Kayumba, umunyapolitiki wahoze ari umwalimu muri kaminuza y’u Rwanda, ari kwiyicisha inzara aho afungiye muri ‘station’ ya polisi i Kigali, nk’uko umwunganira mu mategeko abivuga. Me Ntirenganya Seif […]

Gen Sejusa mu gushinjwa ‘gusuzugura’ abarimo Gen Rwigema na Perezida Kagame

e_hzc3wxsamyuf_.png

Gen David Sejusa (Tinyefuza) yateye utwatsi iby’amakuru yanditswe mu gitabo cy’umugabo witwa Stephen Twebaze, avuga ko abasirikare barimo uyu mujenerali basuzuguraga abasirikare bava mu Rwanda bari muri NRA barimo abakuru nka Maj Gen Fred Rwigema na Paul Kagame waje kuba Perezida w’ u Rwanda. Chimpreports yanditse ko Twebaze yanditse iki gitabo agira ngo abone impamyabushobozi […]

Ceceka na we uri umuhehesi n’umutinganyi-ubutumwa kuri Sheebah

Bamwe mu Babanya-Uganda ku mbuga nkoranyambaga bibasiye umuhanzikazi, Sheebah Karungi, bavuga ko adakwiriye kwirirwa avuga ku bibazo biri mu ngo cyane ku gucana inyuma kuko na we abikora, kandi ngo na we ni umutinganyi. Sheebah yacanweho umuriro ubwo yari agize icyo avuga ku nkuru yasakaye ko umunyamakuru wa Siporo kuri NTV, Andrew Kabuura, yacaga inyuma […]

Umugeni yafashwe asambana n’umu-ex ku munsi yakozeho ubukwe

Umukobwa utavuzwe amazina yafashwe ari muri koridoro yo mu nzu y’umusore bakoranye ubukwe, arimo gusambana n’umwe mu bahungu bahoze bakundana (ex). Ibi byabaye muri Nigeria ubwo bamwe bari bitabiriye ubukwe, bari bahugiye ku kunywa no kwishimira ibirori, umugeni yagiye nk’ugiye hanze gato, abandi bakomeza kwinywera. Uyu mukobwa yari yahanye gahunda n’umu-ex we, abari aho babonye […]

Biranashoboka ko n’akabari kafungurwa- Dr Nsanzimana

Umuyobozi w’Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima, RBC, Dr Nsanzimana Sabin avuga ko kuba abantu barafunguriwe kwitabira bimwe mu bikorwa birimo n’imyidagaduro, ari ikimenyetso gikomeye ko Umujyi wa Kigali ushobora gusubira mu buzima busanzwe, bityo ko nta gitangaza n’utubari twafungurwa. Dr Nsanzimana avuga ko ikimenyimenyi ari uko sitade irimo kujyamo abantu kandi mu bipimo iki kigo gifata buri […]

Dr Denis Mukwege yasabye ko abatungwa agatoki na mapping report baburanishirizwa mu rukiko rwashyiriweho RDC

Dr Denis Mukwege wo muri Republika Iharanira Demukarasi ya Congo yasabye ko hashingwa urukiko mpuzamahanga rwo gukurikirana ibyaha byibasiye inyokomuntu byabaye mu burasirazuba bw’igihugu cye mu myaka isaga 20 ishize. Bimwe mu byaha byo mu burasirazuba bwa DRC byashyizwe muri raporo yiswe mapping, aho yagaragaje ko habaye ibyaha by’intambara ndetse ko bimwe byakwemezwa nka jenoside. […]

Urukiko rwemeje ko Mugabe yatabururwa

Umucamanza muri Zimbabwe yavuze ko uwahoze ayobora icyo gihugu, Robert Mugabe, yatabururwa nyuma y’aho umuyobozi gakondo wo mu bwoko bwe, atangaje ko yashyinguwe mu buryo budakurikije umuco w’Abashona. Mugabe yapfuye ku myaka 95 mu 2019, yashinguwe mu rugo rw’umuryango we, ingingo yakomeje gukurura impaka. Mu nyandiko y’urubanza iri mu rurimi rw’Igishona, umucamanza ati ” Ntanze […]

AU yahagaritse Guinea iheruka kubamo kudeta

Umuryango w’Ubumwe bwa Afrika, AU/UA wahagaritse mu banyamuryango bawo igihugu cya Guinea nyuma yo kubamo kudeta yahiritse Perezida Alpha CondĂ© watowe n’abaturage. Nk’uko bigaragara mu butumwa bwa Twitter bwa AU, Guinea yahagaritswe. Alpha CondĂ© yahiritswe ku butegetsi n’itsinda ry’abasirikare bayobowe na Col Mamady Doumbouya ku Cyumweru gishize. Iyi kudeta yamaganwe n’abatari bake haba mu Karere […]

Karasira yavuze impamvu atahisemo kuririmba indirimbo ‘zigezweho’

Umuhanzikazi Clarisse karasira yatangaje impamvu atigeze akora umuziki abantu bita uw’indirimbo zigezweho kuko zo zisaza mu gihe bitajya bibaho ku ndirimbo z’umuco. Ibi yabitangarije mu kiganiro yagiranye na BBC, cyagarukaga ku ngingo zitandukanye. Mu gusubiza ikibazo cyagiraga giti ” Ko ukiri muto ni gute utagiye mu kuririmba indirimbo ‘zigezweho’? Yasubije agira ati ” Buriya rero […]

Umugabo wanjye aramfubya mu buriri-Umugore abwira urukiko ngo rumuhe gatanya

Umugore w’imyaka 25 uzwi ku izina rya Lubabatu Ibrahim, ku wa kabiri w’iki Cyumweru yitabye urukiko rwa Sharia asaba ubutane n’umugabo we, Habibu Ibrahim, kubera ibibazo bimwe na bimwe atagishoboye guhangana na byo birimo no kudahazwa mu gihe cyo gutera akabariro. Lubabatu Ibrahim utuye mu gace ka Rigasa muri Kaduna mu gihugu cya Nigeria, yavuze […]

Umunyamakuru Uwamahoro wa NTV arwaye indwara ‘y’amayobera’

Hari amakuru ko Uwamahoro Lynda, uzwi nka Lynda Ddane, umunyamakuru wa Televiziyo ya NTV muri Uganda yafashwe n’indwara bamwe bavuga ko ari amayobera. Ibinyamakuru bimwe byo muri Uganda byandika imyidagaduro bivuga ko ” Amasengesho menshi akenewe ku munyamakuru wa NTV na KFM Uwamahoro Lynda kuko ubu arwaye indwara y’amayobera.” Blizz ivuga ko uyu mukobwa yise […]

Umugore yasanze umutwe w’igitsina cy’umugabo mu biryo yagaburiwe muri resitora (Videwo)

Umugore utamenyekanye amazina yakwirakwije amashusho ku mbuga nkoranyambaga, avuga ko ubwo yari agiye muri resitora, yahawe ibiryo byitwa Tuo Zaafi (TZ), abonamo umutwe w’igitsina cy’umugabo. Iyo witegereje ibiryo byitwa Tuo Zaafi (TZ) bikunzwe cyane mu bihugu byo mu burengerazuba bwa Afurika cyane mu bihugu nka Ghana, ubona ko ari imvange y’ibisa n’isombe, inyama n’ubugari. Uyu […]

Bijombo: Imyigaragambyo ikaze yibasiye Abanyamulenge ngo ni Abanyarwanda basubizwe iwabo

Mu mujyi wa Uvira uri mu burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Kongo mu ntara ya Kivu y’Epfo, abaturage biriwe mu myigaragambyo yo kwamagana umuyobozi mushya wa Groupement ya Bijombo. Muri yo myigaragambyo abaturage basenye urusengero rumwe rw’Abanyamulenge. Amajwi ya bamwe muri abo baturage bari mu Mujyi wa Uvira yumvikanaga bamagana abo bavuga ko ari […]

Hari n’uwo bazanye bamuciye ubugabo- Meya wa Burera ku Banyarwanda bapfira muri Uganda

Umuyobozi w’Akarere ka Burera, Uwanyirigira Marie Chantal, avuga ko hari Abanyarwanda bagiye bakorerwa ibyo yise ibikorwa bya kinyamaswa muri Uganda, bakicwa, bakajugunyirwa u Rwanda, aho yatanze urugero rw’umurambo wahageze nta bugabo ufite. Meya Uwanyirigira kuwa 9 Nzeri 2021, nyuma yo kwakira Abanyarwanda 16 bari bamaze iminsi bafungiwe muri Uganda, avuga ko hari igihe babona ku […]

Ako gasuzuguro ni bwoko ki? -Umudepite abaza WASAC

Komisiyo ishinzwe gukurikirana imikoreshereze y’umutungo wa Leta, PAC, iravuga ko irambiwe ibibazo ngarukamwaka by’imicungire mibi y’umutungo muri WASAC ,ngo kugeza n’ubwo ikigo cyishyura inshuro ebyiri milliyoni hafi 104 z’amanyarwanda umushoramari umwe,imyaka ikarinda iba ibiri cyaratereye agati mu ryinyo. Mu magambo yumvikanamo uburakari bwinshi, abagize komisiyo ishinzwe kugenzura imkoreshereze y’umutungo mu bigo bya leta PAC bavuga […]

Karabo yohererejwe na nyina ubutumwa amusaba ngo aze basambane kuko Se adahari

capture-57.png

Umugore wubatse utatangajwe amazina, bigaragara ko yibeshye yoherereza umwana we w’umuhungu witwa Karabo ubutumwa arimo gutumira umugabo ajya aryamana na we. Mu butumwa Karabo yakiriye, harimo aho uyu mugore asaba inshoreke ye ko yaza mu rugo, kuko umugabo we n’abana bose bagiye kujya ahitwa Limpopo gushyingura umwe mu bantu bo mu muryango bapfushije. Uyu mugore […]

Dore ibihugu bya Afrika biza imbere mu kureba amashusho y’urukozasoni mu 2021

capture-56.png

Ibihugu bya Nigeria na Ghana birakurikiranye muri Afurika, ibindi bibigwa mu ntege mu kureba amashusho y’ubusambanyi cyangwa urukozasoni (pornography) binyuze mu gushakisha BBW (Big Beautiful Women) ku rubuga rucuruza ayo mashusho rwitwa Porn Hub. Hashakishijwe abagore ” Banini kandi beza, BBW”, Porn Hub irabyinira ku rukoma ko mu bihugu 25 ku Isi, abakiriya (abareba) bakomeje […]

Umuyobozi ku rwego rwo hejuru mu Burundi yaba agiye gusura u Rwanda

Hari amakuru akomeje kugarukwaho ko umwe mu bayobozi bakuru mu Burundi ashobora gusura u Rwanda mu minsi iri imbere muri ibi bihe ibihugu byombi biri kugaragaza ubushake bwo kubana neza. N’ubwo impande zombi bireba zitaragira icyo zitangaza ku mugaragaro, ibinyamakuru bibigarukaho. Nka BBC kuwa 8 Nzeri yaranditse iti ” Bikomeje kunugwanugwa kandi ko mu gihe […]

FARDC yavuze ikigiye gukurikiraho nyuma y’aho u Burundi buyiciye abasirikare babiri

Igisirikare cya Congo (FARDC) kivuga ko abasirikare bayco babiri biciwe mu kiyaga Tanganyika n’abasirikare b’Abarundi babitiranije n’abajura kandi ko ibi nta mwuka mubi biri buteze kuko impande zombi zo hejuru ziri kubiganiraho. Umuvugizi w’igisirikare ca RD Congo mu Ntara ya Kivu y’Epfo, Capt Dieudonne Kasereka, avuga ko abasirikare ba Congo bari mu gikorwa gisanzwe cyo […]

Rubavu: Hadutse ukutavuga rumwe ku iraswa ry’umusore w’imyaka 21

Abaturage bo mu Murenge wa Nyamyumba mu Kagari ka Pfunda mu Karere ka Rubavu ntibavuga rumwe ku iraswa rya Ndayambaje Festus bahimbaga Kabata warasiwe imbere y’ikompanyi y’abashinwa ikora imihanda yitwa CHINA State agahita yitaba imana. Aba baturage bakavuga ko umusekirite wa ISCO wamurashe yamuhohoteye. WASOMA: https://bwiza.com/?Rubavu-Umusekirite-wa-ISCO-afunzwe-azira-kurasa-umusore-w-imyaka-21-akamwica Radio10 yageze mu rugo rwa Uwaramye Budensiyana, nyina wa […]

PAC yabajije WASAC amabanga ifitanye na MINECOFIN

Komisiyo ishinzwe gukurikirana imikoreshereze y’umutungo wa leta (PAC) yasabye ikigo cy’igihugu gishinzwe amazi isuku n’isukura (WASAC) ibisobanuro by’ibibazo bijyanye n’imicungire mibi y’umutungo, ivuga ko yabwirwa amabanga ari hagati y’iki kigo na Minisiteri y’imari n’igenamigambi (MINECOFIN). Ivuga kuri iki kibazo, kuri uyu wa 8 Nzeri 2021, ubwo WASAC yasabwaga ibisobanuro, PAC yavuze ko ikeneye kumenya iby’ayo […]

RIB yavuze uko abasangiye na Jay Polly bamerewe, umwe ashobora guhuma

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rutangaza ko ruri gukora iperereza ku mfungwa yaba yarakoze, ikanaha uruvange rw’ikinyobwa cyahitanye umuhanzi Tuyishime Joshua uzwi nka Jay Polly mu gihe abo bagisangiye bamwe bakiri mu bitaro ndetse umwe muri bo akaba ashobora gukurizamo ubuhumyi. Raporo ya muganga yagaragarijwe umuryango wa Jay Polly yerekanye ko umutima we wahagaze kubera ikinyowa […]

Umugore afunzwe azira Frw 800 yibye umukire ngo abana be batatu bataburara

Umugore wo muri Ghana witwa Akua Akyaa ari muri gereza nyuma yo kwiba mu rugo rw’umukire yakoreraga Ghc 5 (Frw 838), agira ngo arengere abana be batatu arera wenyine, bataburara. Uyu mubyeyi w’imyaka 24, atunze abana batatu yabyaranye n’abagabo babiri nabo bamutaye. Yatangarije Check Tv GH yari imusanze muri gereza nkuru ya Kumasi, ko ubu […]

Mugabanye inama za hato na hato- Min Gatabazi ku bayobozi bo mu majyepfo

Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Jean Marie Vianney Gatabazi, watangiye uruzinduko rw’iminsi itatu mu Ntara y’Amajyepfo, yasabye abayobozi bo mu nzego z’ibanze kugabanya inama za hato na hato, ziba nyirabayazana wo kudindiza ikemurwa ry’ibibazo by’abaturage. Ibi yabigarutseho ubwo yatangizaga ku mugaragaro inteko z’abaturage, nyuma y’uko zari zarahagaritswe n’icyorezo cya Covid 19. Gatabazi yavuze ko “bimaze kugaragara ko […]

Tuzibanda ku gutuma u Rwanda rugira amateka ahamye,atavangiye,atagoretswe- Min. Bizimana

Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr Jean Damascene Bizimana, avuga ko mu byo bagiye kwibandaho nka minisiteri nshya harimo cyane kwita ku mateka y’ u Rwanda kuko biri mu bituma ibihugu bikomera nk’uko amateka abyerekana. Uyu muyobozi uri mu barahiye kuwa 6 Nzeri, avuga ko u Rwanda narwo rukeneye gusigasira amateka kugira ngo rukomere. Yatanze […]

Imfungwa yarumye ubugabo bwa mugenzi wayo ajyanwa mu bitaro

Imirwano yabaye hagati y’imfungwa ebyiri muri Ghana yasize umwe mu bagabo babiri barwanaga, arumye undi ubugabo (amabya), akomereka bikomeye ajyanwa kwa muganga. Raporo ya Polisi ya Ghana ivuga ko ibi byabaye kuwa Kane w’icyumweru gishize muri kasho ya polisi ya Tafo Pankrono, mu gace ka Ashanti. Iyi raporo yabonywe na dailymailgh.com ivuga ko uwitwa Awudu […]

Amata aranywa umugabo agasiba undi i Kigali

Hari abatuye mu Mujyi wa Kigali bavuga ko izamuka ry’igiciro cy’amata gishobora kubashyira mu mirire mibi kuko litiro y’amata adatetse iragura hagati y’amafaranga 400 na 500 mu gihe atetse agura amafaranga 600. Ubusanzwe abaguzi b’abamata bavuga ko ilitiro imwe yaguraga hagati y’amafaranga y’u Rwanda 300 na 350. Iri zamuka ry’igiciro cy’amata abaturage baganiriye na Radio […]

Mama w’imyaka 40 amaze kuryamana n’abagabo bose duturanye-Umusore

Umusore utivuze amazina ku mbuga nkoranyambaga, yavuze ko aba i Lagos muri Nigeria, aho abana na nyina gusa ngo bimaze kumuyobera kuko mama we amaze guhetura abagabo bose baturanye, baryamana. Uyu musore avuga ko nyina “Agerageza kutujijisha ariko sindi umwana muto kuko mfite imyaka 19 mba mbona ibyo ari gukora.” Avuga ko kubera iyi myitwarire […]

Musanze man accuses village chief of injustice to fallen son

img_20210903_072125_374-2.jpg

Jean Paul Habiyaremye, 35, resident of Rukereza Village, Kigombe Cell, Muhoza Sector in Musanze District, accuses village chief (mudugudu), FĂ©licitĂ© Nyirambarushimana, of denying him access to paper that was supposed to provide him with a free lawyer from MAJ (government lawyers provided for poor people) in a trial against son’s death suspect. Habiyaremye alleges son, […]

Musanze: Umuturage ashinja mudugudu kumwima impapuro zo gukurikirana ikibazo cy’umwana we wishwe

Umuturage witwa Jean Paul Habiyaremye wo mu Isibo y’Ingenzi, Umudugudu wa Rukereza, Akagari ka Kigombe, Umurenge wa Muhoza mu Karere ka Musanze, avuga ko Mudugudu, Nyirambarushimana FĂ©licitĂ©, yamwimye impapuro zituma akurikirana ikibazo cy’umwana we wishwe n’umuturanyi mu 2020. Habiyaremye avuga ko umwana we, Isubirizigihe Fabrice w’imyaka 10, yishwe kuwa 10 Ugushyingo 2020, yishwe n’umuturanyi we, […]

Kabale: Bigaragambije bamagana Abanyarwanda bava i Burera

Abaturage bo mu gace ka Butanda mu Karere ka Kabale muri Uganda bigaragambije, bamagana Abanyarwanda by’umwihariko abava mu Karere ka Burera, bavuga ko bakomeje kwambuka bagana muri Uganda banyuze mu nzira zitemewe n’amategeko. Iyi myigaragambyo yabaye ku Cyumweru tariki ya 5 Nzeri 2021, bafunga umuhanda ari nako bafite ibyapa biriho ibyo basaba. Aba barimo ahanini […]

Impunzi zafataga iyi nkambi nk’agahugu ka Loni kaba mu Rwanda- Umuyobozi ku ikozanyaho ryo mu 2018

Umuyobozi w’inkambi y’impunzi ya Kiziba iri mu Karere ka Karongi, Kamanzi Straton avuga ko ibibazo byari mu nkambi ya Kiziba byaturukaga ku myitwarire idakwiye, birimo kumva ko ari nk’igihugu mu kindi, byagiye bishakirwa umuti ku bufatanye n’abafatanyabikorwa batandukanye. Mu 2018 mu nkambi ya kiziba hadutse urugomo n’imivurungano yatewe na zimwe mu mpunzi zari zifite imyitwarire […]

Umusore w’imyaka 19 yari akaswe igitsina asanzwe mu buriri n’umugore w’abandi w’imyaka 35

Umusore w’imyaka 19, Edmond Kipng’etich wo Mujyi wa Nakuru muri Kenya, yakubiswe bikomeye, agye gukatwa igitsina, abaturanyi barahagoboka, ubwo umugabo yari amusanze mu buriri bwe, aryamanye n’umugore we w’imyaka 35 y’amavuko. Edmond Kipng’etich usanzwe yiga mu mwaka wa kane w’amashuri yisumbuye, yafashwe asambana n’umugore wubatse witwa Judy Chelang’at. Ibinyamakuru birimo Murang’a bivuga ko ” Nyir’urugo […]

Pasiteri yemeye gushyingiranwa n’umurambo w’umukunzi we yakuriyemo inda agapfa

Umupasiteri wo muri Ghana muri Leta ya Abia, utatangajwe amazina, yemeye gushyingiranwa n’umurambo w’uwari umukunzi we, Chioma, yateye inda, akayikuramo bikamuviramo kumuhitana. Ibi yabisabwe n’umuryango w’umukobwa nk’igihano cyo kubicira umwana. Uyu mupasiteri yari yarateye inda uyu mukobwa, umunsi umwe amusaba ko amusura, amuha icyo kunywa kimusinziriza ariko gisanzwe kinakuramo inda, gusa umukobwa kiramuhitana. Uyu mupasiteri […]

Afghanistan: Imirwano ikaze yadutse mu gace ka Panjshir

Hari imirwano ikaze hagati y’Abataliban baheruka gufata igihugu n’undi mutwe utabemera, National Resistance Front (NRF), yabereye mu kibaya cya Panjshir, aho batari bakigaruriye. Ibiro ntaramakuru Reuters bivuga ko byahawe amakuru n’Abataliban ko bafashe Panjshir, abo bahanganye babeshyuza ayo makuru. Umwe mu bayoboye abo barwanyi bo muri Panjshir, Amrullah Saleh, arahakana amakuru avuga ko yahunze, ariko […]

Umunyarwanda yapfiriye i Kabale urutavugwaho rumwe

Umunyarwanda witwa Paul Bangirana w’imyaka 47 yasanzwe mu gace ka Bugarama Parish muri Buhara mu Karere ka Kabale yapfuye, bikavugwa ko yazize Kanyanga yanyoye ikamuhitana. Hari amakuru ataremezwa n’urwego bireba avuga ko Bangirana yatwawe n’abantu bataramenyekana, bamujyana ahatazwi, agenda avuza induru. Nyuma y’amasaha, haboneka umurambo we. Ikinyamakuru Watchdoguganda kivuga ko ” Bangirana yinjiye muri Uganda, […]

Ijambo rya nyuma Jay Polly yabwiye umukobwa uri mu ba nyuma bavuganye

Umwe mu bakobwa bakunze kugaragara mu ndirimbo za Tuyishime Joshua (Jay Polly) witwa Aline yavuze ko ubwo yari aheruka kuvugana na we kuwa Mbere, yari yamubwiye ko agiye gutaha, ko abona ibintu bigiye gutungana. Aline uri mu mashusho y’indirimbo Akanyarirajisho, yavuze ko ari mu bantu bavuganye na Jay Polly bwa nyuma amubwira ko agiye gutaha […]

RIB yasubije abibaza niba Umushinwa wagaragaye yashyize Umunyarwanda ku ngoyi azahambirizwa

Urwego rw’igihugu rushinzwe ubugenzacyaha mu Rwanda, RIB, ruratangaza ko umugabo ufte ubwenegehugu bw’Ubushinwa, Sun Shu Jun, uheruka kugaragara ku mbuga nkoranyambaga ashyira Umunyarwanda ku ngoyi azakurikiranwa hakurikijwe amategeko y’u Rwanda, aho koherezwa iwabo. Sun Shu Jun ni umuyobozi w’ikigo Ali Group Holding Limited gicukura amabuye y’agaciro mu karere ka Rutsiro, yatawe muri yombi, dosiye ye […]

Agahinda ka Kalisa washatse umunyeshuri yamara kubona akazi akamwigarika, anamwirukana mu rugo rwe

Mu gihe muri iyi minsi hakigaragara bamwe mu bagabo bakorerwa ihohoterwa rikorerwa mu muryango, Minisiteri y’Iterambere ry’Umuryango iravuga ko harimo gushyirwa imbaraga mu bukangurambaga kuko ibona hakiri icyuho mu gusobanukirwa itegeko rirengera uwari we wese wakorewe ihohoterwa. Kalisa, Izina ryahinduwe, yashakanye n’umugore wari ukiri umunyeshuri muri Kaminuza, mu 2002 kuva icyo gihe kugeza igihe umugore […]

Hari abanyamakuru bijujutira gutumizwa na Komisiyo y’Igihugu y’Ubumwe n’Ubwiyunge

Hari amakuru avuga ko hari abanyamakuru bamwe batumijwe na Komisiyo y’igihugu y’ubumwe n’ubwiyunge, benshi biganjemo abakorera kuri YouTube ngo bagire ibyo baganirizwa, bamwe bakaba bavuga ko batabyishimiye. Mu biganiro isanzwe igirana n’abanyamakuru mu bihe bitandukanye, komisiyo y’ubumwe n’ubwiyunge mu Rwanda itumira abanyamakuru igamije gukora icyo yita “icukumbura ryimbitse ku byo ivuga ko bishobora kubangamira ubumwe […]