Umurenge wo mu Karere ka Muhanga umaze imyaka 15 utagira ibiro
Umurenge wa Shyogwe wo mu Karere ka Muhanga kuva mu 2006 hajyaho urwego rw’Umurenge nta nyubako yitwa ibiro byawo irabaho. Uyu murenge ubu urakorera mu nyubako z’akagari ka Ruli, bikavugwa ko ubu wamaze kubona ikibanza kizubakwamo inzu uzakoreramo. Uretse ibibazo by’Umurenge wa Shyogwe, iya Nyamabuye Nyarusange nayo ikorera mu nyubako zishaje. Hari abaturage bo mu […]
Umugabo wanjye musangira na mama ndetse na murumuna wanjye ngira ngo yishime-Umugore
Umugore witwa madi Brooks wo muri USA yanyarukiye kuri Tiktok, avuga ko asangira umugabo we na nyina ndetse na murumuna we bagirana ibihe byiza, hagamijwe kumushimisha. Avuga ko kugira ngo umugabo we yishime, amwemerera kuryamana n’uwo abonye muri abo bombi. Madi ukurikirwa n’ibihumbi bisaga 92 kuri Tiktok, yavuze ngo ” Uwo ni we mugore ndi […]
Umukwe wa Museveni ku mugambi wo kwiyamamariza kuba perezida
Umukwe wa Museveni akaba n’umujyanama wa Sebukwe mu nshingano zidasanzwe, Odrek Rwabwogo, yatesheje agaciro amakuru yavugaga ko afite umugambi wo kwiyamamariza kuba Perezida wa Uganda mu mwaka wa 2026. Rwabwogo ni umugabo w’umukobwa mukuru wa Museveni, Patience Museveni Rwabwogo w’imyaka 43. Ku mbuga nkoranyambaga, hari hadutse abantu batandukanye bamushyira imbere nk’umwe mu bazahatanira gusimbura Museveni […]
Umugore w’ i Karongi yarumye mu mugongo umukobwa we w’imyaka 12 aramukomeretsa
Umwana w’umukobwa ufite imyaka 12 y’amavuko utuye mu Kagari ka Kibirizi mu Murenge wa Rubengera mu Karere ka Karongi aravuga ko ahohoterwa na nyina umubyara, Mukantaganda Christine, umukubita kuburyo bukabije akamurema inguma ku mubiri nk’aho aherutse kumuruma mu mugongo, akamurema uruguma. Uyu mwana avuga ko ibyo gukubitwa na nyina abikorerwa buri gihe, yabwiye Radio Isangano […]
Amafoto y’ubwambure bw’umunyamakuru wa NTV yagiye hanze
Ubwambure bw’Umunyamakuru wa televiziyo NTV, Anne Nakawombe uzwi nka Annie Nixon, yagiye hanze bikozwe na Edgar Luvusi, bahoze bakundana bakaba, banafitanye umwana w’umuhungu. Luvusi yashyize hanze amafoto ya Annie bigaragara ko yari aryamye bikekwa ko yaba yari yasinze cyangwa amaze kubonana n’umugabo utamworoheye. Annie Nixon usanzwe akora ikiganiro cyitwa The Beat, asanzwe azwiho imyitwarire itari […]
Abana b’abahungu basambanywa ku kigero cya 2.9%-RIB
Imibare y’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB igaragaza ko mu myaka 3 ishize ibyaha byo gusambanya abana byakomeje kuzamuka, kuko imibare igaragaza ko kuva mu myaka 3 ishize, uru rwego rwagenje ibyaha 12,840 byo gusambanya abana. Abibasirwa cyane ni abakobwa ku kigero cya 97.1% ugereranyije n’abahungu basambanywa ku kigero cya 2.9%. Muri 2018-2019 ibyaha byo gusambanya abana […]
Umugabo bamusanzemo ikiro cy’imisumari yamize nyuma yo kureka inzoga
Abaganga bakuye mu nda y’umugabo wo muri Lithuania (Lituanie) imisumari, amaburo (screws) n’ibyuma birengeje ikilo kimwe (1kg), nkuko ibitangazamakuru byaho bibivuga. Yari amaze ukwezi kumwe amira ibintu bikoze mu cyuma nyuma yo kureka inzoga, nkuko abaganga babivuze. Bimwe mu byo bamukuyemo mu kumubaga kwabereye ku bitaro bya Kaminuza bya Klaipeda University Hospital (KUH) byari bifite […]
Barataka ko indaya ziri kuva mu Mujyi wa Byumba zigana mu giturage
Bamwe mu baturage batuye mu nkengero z’Umujyi wa Byumba mu Karere ka Gicumbi baravuga ko abakora uburaya bari kuva mu mujyi bagana ibyaro, bigateza umutekano muke cyane mu ijoro. Abatuye mu isanteri iri inyuma ya sitade ya Gicumbi, bavuga ko ubusanzwe abakora uburaya bakoreraga mu mujyi gusa ngo kuba bamaze kugana udusanteri, bagateza akavuyo mu […]
Uracyari indwanyi y’agatangaza- Gen Kainerugaba yibutse Gen Fred Rwigema

Umuhungu wa Perezida wa Uganda, Umujyanama wa Se mu bya gisirikare n’Umugaba w’Ingabo zirwanira ku butaka, Lt Gen Muhoozi Kainerugaba, avuga ko n’ubwo hashize imyaka 31 Maj Gen Fred Rwigema atamubonaho, kuri we akiri indwanyi y’agatangaza. Gen Kainerugaba kuri Twitter akunze kugaruka ku butwari bwa Gen Rwigema wafatanyije na Se, Gen Kaguta Museveni mu ntambara […]
Bukavu: Umuturage yavuze uko abasirikare barimo abavuga Ikinyarwanda bishe abasaga 260 babasanze mu rusengero
Mu Mujyi wa Bukavu uri mu majyepfo ya Congo, abasaga ibihumbi bitatu bibutse abasivili baguye mu ntambara n’ubwicanyi byibasiye Uburasirazuba bwa Kongo kuva mu mwaka mu 1993 kugeza mu mwaka wa 2003. Ni igikorwa cyateguwe n’inteko nshingamategeko y’intara ya Kivu y’Epfo ku bufatanye n’ihuriro ry’imiryango ya sosiyete sivile muri iyo ntara, gihuzwa n’imyaka 11 ishize […]
Umuganga yabwiwe ko azicwa ku bwo gushinga laboratwari ipima DNA akagabanya igiciro kuri 75%
Umuganga wo muri Nigeria witw Dr. Penking yabwiwe ko azicwa nyuma yo gutangaza ko agiye gufungura laboratwari ipima ibimenyetso bya gihanga bigaragaza isano y’amaraso, DNA, muri Lagos ndetse akagabanya igiciro kugeza kuri 75%. Muganga Panking abinyujije kuri Twitter yari yavuze ko iyi laboratwari izatangira gukora kuwa 18 Ukwakira 2021 ariko bamwe bagaragaza ko batabyishimiye, bamubwira […]
Isomwa ry’urubanza aho INES-Ruhengeri yajuririye gucibwa asaga miliyoni 39 ngo ahabwe Musanganya ryasubitswe

Umugabo witwa Musanganya Faustin utuye mu Kagari ka Kigombe, Umurenge wa Muhoza mu Karere ka Musanze avuga ko urubanza ku bujurire bwa Kaminuza ya INES-Ruhengeri, urukiko rwari rwategetse ko yishyurwa Frw miliyoni zisaga 39 ku bw’akarengane yakorewe, rwasubitswe kuwa 29 Nzeri 2021. Musanganya yatangarije BWIZA ko ” Nari natsinze INES-Ruhengeri mu iburanisha ryabanje mu rukiko […]
Umugeni yajugunywe mu kirere ku munsi we w’ubukwe baramureka yitura hasi ajyanwa mu bitaro
Umusore yagiye mu bitaro nyuma y’aho ku munsi we w’ubukwe, abari bamuherekeje bamujugunye mu kirere mu byishimo, ariko bananirwa kumufata, yitura hasi, avunika uruti rw’umugongo. Ubukwe bwatangiye neza ariko ibintu biza kuzamba ubwo umusore yajunywaga mu kirere mu gace ka Bihor mu burengerazuba bw’amajyaruguru ya Romania mu cyumweru gishize. The Sun ivuga ko ubwa mbere […]
Hatahuwe inama z’ibanga zo kwirukanisha Fille Mutoni muri label
Uwahoze ari umugabo wa Fille Mutoni, Umunyarwandakazi ukorera umuziki muri Uganda, Edwin Katamba uzwi nka MC Kats, yahishuye ko yamenye ko hari utunama twa hato na hato tubera Munyonyo, tugamije kwirukanisha umugore we muri label yitwa Martini Entertainment. Mc Kats avyga ko izi nama ziri kwiga ku buryo zakwirukanisha Fille ziri kuba zirimo uwahoze ari […]
U Rwanda rwonyine nirwo rwageze ku ntego ya OMS muri EAC mu gukingira Covid-19

Ibihugu 15 bya Afurika birimo u Rwanda nibyo byageze ku ntego y’isi ya OMS/WHO yo gukingira Covid abarenga 10% by’abatuye igihugu bitarenze itariki ya nyuma ya Nzeri 2021. U Rwanda nicyo gihugu cyonyine mu karere ka Africa y’Iburasirazuba kiri mu byageze kuri iyo ntego kuko abarenga 13% kuri miliyoni 13 z’Abanyarwanda bamaze gukingirwa byuzuye. Muri […]
Umusaza ashinja Umurenge wa Kigeyo kumukura ku rutonde rw’abahabwa ingoboka
Umusaza witwa Ayirwanda Joseph Karenge utuye mu Kagari ka Nyagahinika mu Murenge wa Kigeyo ho mu Karere ka Rutsiro, aravuga ko ubuyobozi bw’uwo murenge bwamukuye ku rutonde rw’abahabwa inkunga y’ingoboka muri gahunda ya VUP kubw’i mpamvu avuga ko atamenyeshejwe. Ni umusaza witwaza akabando binagaragara ko afite intege nke z’umubiri, ufite imyaka 71 y’amavuko nk’uko Indangamuntu […]
Cogebank vs PTC: Icyo abavoka ku mpande zombi bavuga mbere y’icyemezo cy’urukiko kuri cyamunara ya hoteli
Biteganyijwe ko kuri uyu wa Kane tariki 30 Nzeri 2021, urukiko rukuru rw’ubucuruzi rwo mu Rwanda, rufata umwanzuro ku bujurire bwatanzwe n’umuryango wa Rwigara usaba ko cyamunara yo kugurisha inzu ya hoteli yabo ihagarara. Banki y’ubucuruzi ya Cogebank iratangaza ko uruganda rw’itabi PTC Premier Tobacco Company rw’umuryango wa Assinapol Rwigara ruyifitiye umwenda wa Frw miliyoni […]
Pasiteri Mugisha wihishe muri Amerika nyuma yo kurigisa za miliyoni yagize icyo avuga kuva yahunga
Pasiteri utavugwaho rumwe, Franklin Mondo Mugisha, kuva yahunga aho bikekwa ko yanyereje akayabo k’amashilingi, yagize icyo avuga ku modoka ya Range Rover, NRM iherutse guha umuhanzi Dr Jose Chameleone, agira uko abikerensa. Mugisha Mondo byamenyekanye ko ari muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika nyuma yo gutwara Amashilingi ya Uganda miliyari eshanu (Frw 1,423,948,774). Byamenyekanye ko […]
Umupolisi yarekuye umukobwa ukekwaho ibyaha kuko baryamanye akumva ‘araryoshye’
Umupolisi wo muri Ghana witwa Isaac Ampomah uri ku ipeti rya Corporal yarekuye umukobwa witwa Theresa Forsa, wari ufunzwe akekwaho ibyaha, nyuma y’ibivugwa ko yari amaze kuryamana na we akumva biraryoshye cyane. Ampomah Radio Star FM ivuga ko akiri muto, yari ku burinzi ahitwa Nkanfoa mu gace kari rwagati muri Ghana, ” kuwa Gatandatu tariki […]
Muduhere Perezida Kagame ubu butumwa- Abaturage ba Gitoki muri Gatsibo
Bamwe mu baturage bo mu tugari twa Bukomane na Cyabusheshe mu Murenge wa Gitoki basabye BWIZA ko yabagereza ubutumwa kuri Perezida wa Repubulika y’ u Rwanda, Paul Kagame, ko bamushimira ko babonye umuriro w’amashyanyarazi bari bamaze igihe bategereje. Umwe mu bandikiye ubutumwa bugufi umunyamakuru wa BWIZA mu ijoro ryo kuwa 28, Jean Bosco Nzabonimpa, avuga […]
VIDEWO: Umugabo wambaye igishura gusa yagaragaye mu mujyi ashaka gutema umushoferi wa V8 avuga ko amusambanyiriza umugore
Umugabo wariye karungu yagaragaye mu Mujyi wa Kumasi muri Ghana, yambaye igishura gusa, afite umuhoro urabagirana bigaragara ko utyaye, agambiriye gutema mugenzi we w’umushoferi wa V8 ashinja ko amusambanyiriza umugore. Umugabo utamenyekanye amazina, yashatse kwivugana mugenzi we wari wafashwe muri ambutiyaje yo mu mujyi rwagati ahitwa Adum, aza amusanga ari nako atera hejuru ko agiye […]
Umunyarwanda anywa litiro 75 z’amata ku mwaka- RAB
Ikigo cy’igihugu gishinzwe guteza imbere ubuhinzi n’ubworozi, (RAB), kiravuga ko n’ubwo amata akomeje kunywa umugabo agasiba undi cyane muri Kigali, buri Munyarwanda anywa litiro 75 z’amata ku mwaka. RAB ivuga ko yihaye intego ko “Umunyarwanda umwe azaba anywa litiro 250 ku mwaka mu gihe itavuga ibyo bizabera.” Ikibazo cy’ibura ry’amata no kwiyongera kw’igiciro cyayo haba […]
Koreya ya Ruguru yarashe misile impuguke zivuga ko bigoye kumenya ubushobozi bwayo
Korea ya ruguru ivuga ko kuwa kabiri yabashije kurasa mu igerageza misile nshya yiswe Hwasong-8 yo mu bwoko bw’izigendera ku muvuduko udasanzwe, zimwe mu mpuguke zikavuga ko bigoye kumenya neza ubushobozi bwacyo. Ikinyamakuru cya leta kivuga ko iyi misile nshya ari imwe “mu ntwaro eshanu nshya z’ingenzi kurusha izindi” isohowe mu mugambi w’imyaka itanu wo […]
Dr Kayumba yashinjwe ko yasambanyije umukobwa wamukoreraga mu rugo batabyumvikanye
Umunyapolitiki Dr Kayumba Christopher, yagejejwe mu rukiko aregwa icyaha cyo gusambanya umuntu ku gahato aho ngo yasambanyije umukozi we wo mu rugo w’umukobwa no kugerageza gusambanya undi ariko ntabigereho, bikorewe umwe mu banyeshuri yigishaga. Kayumba ahakana ibi birego akavuga ko bihishe impamvu za politiki kuko byavutse amaze gushinga ishyaka rinenga ubutegetsi. BBC yakurikiranye iri buransiha, […]
Ijambo rya Kiwanuka ryatumye abadepite basohoka mu nteko imirimo yayo irasubikwa

Perezida w’Inteko ishinga amategeko ya Uganda, Jacob Oulanyah, yasigaye nta kindi cyo gukora kitari ugusubika imirimo y’inteko bitewe n’ibyari bimaze kuvugwa n’Intumwa nkuru ya Leta, Kiryowa Kiwanuka, ku ifungwa ry’abadepite babiri, Muhammad Ssegirinya na mugenzi we, Allan Ssewanyana. Abadepite bose bo muri opozisiyo basohotse mu nteko kuri uyu wa Kabiri ubwo hari ukungurana ibitekerezo ku […]
Uwashyize hanze ubwambure bwa Kantengwa Judith yashyize hanze ubw’undi mukobwa

David The Hacker, Umuntu umaze kuba ikimenyabose nk’umuravumba ku bwo gushyira hanze amafoto y’abakobwa bazwi cyane bambaye ubusa, yashyize hanze ay’undi mukobwa witwa Kim Hun London nyuma y’ay’Umunyarwanda, Kantengwa Judith Heard mu minsi mike. Kim Hun London usanzwe ari umunyamideli akaba n’umwe mu bifashishwa mu mashusho y’indirimbo, hinjiriwe konti ye ya Snapchat na Instagram, amashusho […]
Umugabo wamaze imyaka 47 atari mu rugo yababajwe n’uko abagore be yasanze barashatse abandi bagabo
Umugabo witwa Peter Oyuka wo mu cyaro cya Makale, Malava muri Kakamega avuga ko ababajwe n’uko abagore be babiri yasize mu 1974 , yagarutse mu 2021, agasanga barishakiye abandi bagabo. Oyuka yavuye mu rugo ubwo yari afite imyaka 37 mu byo we avuga ko yari yaragiye gushakira abagore be babiri n’abana batanu imibereho myiza. Avuga […]
BAT irashinjwa guha ruswa abanyepolitiki bo mu bihugu birimo u Rwanda
Ikigo gishinzwe ibyo gukurikiranira hafi iby’itabi ku Isi, STOP, kirashinja kompanyi ikora itabi yitwa British American Tobacco (BAT), ko yagiye iha ruswa abantu banyuranye barimo abanyepolitiki bo mu bihugu bitandukanye bya Afurika birimo u Rwanda kugira ngo ikomeze ubucuruzi bwayo bufite ingaruka ku baturage n’ibindi bikorwa bitemewe. Ibirego bya STOP bivuga ko BAT yagiye iha […]
Pasiteri arashinjwa konka ibitsina by’abahungu batatu akabikuramo amasohoro
Uwashinze akaba n’umuyobozi w’Itorero, Wise Chapel International, riri Asebu mu gace ka Abura Asebu mu Karere ka Kwamakese muri Ghana, Umuhanuzi Davidson, ari mu rukiko, ku birego byo konka ibitsina by’abahungu batatu, akabikuramo amasohoro y’abahungu ngo ayakoreshe mu migenzo. Uyu mupasiteri urukiko rumukurikiranyeho kuba yaronse ibitsina by’abo bahungu mu gace kari mu Ghana rwagati, aho […]
Abataliban babujije abagabo kwiyogoshesha ubwanwa
Aba Taliban babujije abogoshi (aba-coiffeurs) bo mu ntara ya Helmand mu majyepfo ya Afghanistan kogosha cyangwa guconga ubwanwa, bavuga ko binyuranyije n’uko bo bafata amategeko ya kisilamu. Uwo ari we wese uzabirengaho azahanwa, nkuko polisi y’aba Taliban igenzura iby’idini ibivuga. Abogoshi bamwe bo mu murwa mukuru Kabul bavuze ko na bo bahawe ayo mategeko. Ayo […]
Alain Numa ku bibazo biri mu bana b’aba Métis mu Rwanda
Umubare w’abana bavuka ku banyamahanga, cyane abazungu baza mu Rwanda batahatinda, gikomeza kugaruka mu matwi ya benshi, ingingo ituma Alain Numa, uyobora Association des Métis du Rwanda, avuga ko aba bana bavuka bategerejwe n’uruhuri rw’ibibazo. Association des Métis du Rwanda ifasha abagore nk’abo batereranywe abana na ba se b’abazungu, ivuga ko hari abakobwa benshi batewe […]
Ndacyari muri NUP- Jose Chameleone
Umuhanzi Joseph Mayanja uzwi nka Dr Jose Chameleone avuga ko akiri umunyamuryango w’Ishyaka National Unity Platform (NUP) mu gihe yari aherutse kuvuga ko atigeze ava muri National Resistance Movement ya Museveni. Mu mpera z’icyumweru, Chameleone yavuze ko akiri umurwanashya wa NUP mu gihe ubwo yahabwaga imodoka yo mu bwoko bwa Range Rover na NRM, yari […]
Uwahoze ari umudepite yirukiye Pasiteri Bugingo ngo amutabare
Katto Lubwama uzwi nka Biiso, ubukene bumugeze aharindimuka, yagannye Pasiteri Aloysisu Bugingo ngo amutabare muri ibi bihe atorohewe. Lubwama yahoze ahagarariye Lubaga y’Amajyepfo mu Nteko ya Uganda, ku Cyumweru ku gicamunsi yirukiye kwa Bugingo uyobora Ministries International Church ngo amusabire abone uko akira amadeni. Amakuru avuga ko Lubwama ari mu bihe bibi bitewe n’amadeni yatewe […]
Nimumbwira ngo nicare no mu byondo nzabikora- Col Bagyenda
Uwahoze ayobora Urwego rw’Umutekano w’Imbere muri Uganda (ISO), Rtd Col Kaka Frank Bagyenda, avuga ko hari abantu bo muri Leta, bashaka kumuharabika, bamuhuza n’ubwicanyi buri mu gace ka Masaka gusa ngo ku bwa kamere ye, yiteguye gukora ibyo basaba n’iyo haba kwicara hasi mu byondo. Bagyenda uheruka kwirukanwa na Museveni ku kuyobora ISO, ku mugoroba […]
Genda uzure So aze ambwire niba yarapfuye yanduye SIDA-Umugore abwira umuturanyi i Kibera
Umugore w’imyaka 27, Emily Achieng, ari mu rukiko rwa Kibera muri Kenya, ku bwo gutuka mugenzi we baturanye, Selina Akinyi ngo ” ajye gutaburura Se, aze amubwire niba yaba yaravuye ku Isi, afite SIDA.” Achieng yahamwe no gutuka Akinyi n’igikorwa cyo kuba yahunganyije amahoro. Urukiko rwa Kibera wrategetse ko yishyura KSh 10,000 (Frw 90,000) cyangwa […]
The story of Mburanumwe who pockets 10 thousands a month while protecting millions
Jean Baptiste Mburanumwe, 34, is a private security guard of the famous Ineza shop at Kabaya trading centre located in Kigombe Cell, Muhoza Sector in Musanze District. The owner of the shop claims the shop worth four millions and this is where Mburanumwe reaches at work from6:00 pm after eating to 5:00am. Sitting in front […]
Hamenyekanye uko amafoto y’ubwambure bwa Kantengwa n’abagabo baryamanye ari kujya hanze

Hamenyekanye uko amafoto y’Umunyamideli wo muri Uganda ufite inkomoko mu Rwanda, Kantengwa Judith Heard, yongeye kuboneka ku mbuga nkoranyambaga cyane Twitter na Instagram ndetse n’abagabo bivugwa ko bagiye baryamana. Uyu munyamideli avuga ko hari aba-hacker biniriye ububiko bwe bw’amafoto, bayakwirakwiza bakoresheje konti ya Twitter avuga ko atari we uyigenzura. Ikinyamakuru Blizz gitangaza ko amafoto yo […]
Amafoto y’ubwambure bw’Umunyarwandakazi Kantengwa Judith yongeye kujya ku karubanda
Amafoto y’Umunyamideli wo muri Uganda ufite inkomoko mu Rwanda, Kantengwa Judith Heard, yongeye kuboneka ku mbuga nkoranyambaga mu buryo bitaramenyekana uwaba yayashyize ku karubanda. Uyu munyamideli avuga ko hari aba-hacker biniriye ububiko bwe bw’amafoto, bayakwirakwiza bakoresheje konti ya Twitter avuga ko atari we uyigenzura. Kantengwa yasabye imbabazi rubanda ko atari byiza kuba ibyo byabayeho kandi […]
VIDEO: Abapolisi bananiwe gufungura isanduku yasanzwe ku rusengero irimo igitoki, bayegereye imodoka yabo yanga kwaka
Abaturage b’ahitwa Kiwawa muri Embaseni mu Karere ka Arumeri mu Ntara ya Arusha muri Tanzania bavuga ko babonye isanduku ahantu, bakamenyesha polisi yaho, yahagera ikananirwa kuyifungura ndetse n’imodoka yabo ikaba yari yanze kwaka. Umwe mu baturage baho, Janet yatangarije Millardayo ko ” Iyo sanduku twayisanze muri aka gace iriho umusara wanzitse ngo kuva kuri rimwe […]
Dr Kayumba yisabiye ko urubanza rwe rusubikwa
Urukiko rw’ibanze rwa Kicukiro mu mujyi wa Kigali rwasubitse urubanza rwa Christopher Kayumba ukurikiranyweho icyaha cyo gukoresha umuntu imibonano ku gahato. Christopher Kayumba, wari umaze iminsi mu bitaro, avuga ko ubuzima bwe butamwemerera kuburana kandi ko atabonye igihe cyo gusoma dosiye y’ibirego. Uyu mugabo wigeze kuba umwarimu wa kaminuza, avuga ko ibyo ashinjwa bihishe impamvu […]
Hari abashakashatsi bavuga ko Covid-19 mu minsi iri imbere izaba nk’ibicurane
Covid-19 iri mu nzira zo gucika nk’ibicurane abantu basanzwe bamenyereye, nk’uko bivugwa n’abahanga babiri, abarimu bo kuri kaminuza ya Oxford, Sir John Bell na Dame Sarah Gilbert. Aba ari nabo bavumbuye urikingo rwa Oxford-AstraZeneca, bavuga ko bishoboka ko ibyo batangaje bishobora kutumvikana kuri benshi bitewe n’uburyo Coroanavirus yazengereje Isi, gusa ngo ni uko bimeze. Ibiza […]
Umugabo yokeje amabere y’umukobwa we n’ibuye rishyushye ngo yagaragazaga imoko
Polisi ya Nigeria mu Mujyi wa Lagos yataye muri Nigeria, yataye muri yombi umugabo witwa Banjo uzwi nka Panel, wakoresheje ibuye rishyushye, agatwika amabere y’umukobwa we w’imyaka umunani kuko yari atangiye kugaragaza imoko. Ikirego kiri mu mpapuro za polisi ya Nigeria, kivuga ko uyu utatangajwe amazina, yabikoze ari ukugira ngo ayo mabere adakomeza gukura. Uyu […]
Icyiciro cya mbere cyo gusaba ko Rugamba n’umugore we bagirwa abatagatifu kigiye gusozwa

Umuhango wo gusoza icyiciro cya mbere cyo gusaba ko Rugamba Cyprien n’umugore we, Rugamba Daphrose Mukansanga, bashyirwa mu rwego rw’abatagatifu, uraba ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 23 Nzeri 2021 kuri Regina Pacis i Remera. Iki gikorwa kimaze imyaka 6, aho hakozwe ubushakashatsi ku buzima bw’aba bantu bombi, harebwa ko babikwiriye. Ku nshuro ya mbere […]
Hapfuye kudeta nyinshi kuva Bashir yava ku butegetsi- Gen Hemet
Visi-Perezida w’akanama kari ku butegetsi muri Sudan, Gen Mohamed Hamdan Dagolo, uzwi cyane ku izina rya Hemeti, yavuze ko abanyapolitiki ari bo bo kwegekwaho igerageza ryo guhirika ubutegetsi ryaburijwemo ku wa kabiri kandi ko atari ubwa mbere byari bibayeho kuva Omar al-Bashir ahiritswe. Gen Hemet yumvikanye mu gitangazamakuru cya leta agira ati: “Abanyapolitiki ni bo […]
Amashusho ya Fik Fameica ari gutera akabariro agiye gushyirwa hanze nyuma y’ifoto y’integuza

Umuntu utaramenyekana yashyize hanze ifoto yafatwa nk’integuza, irimo umukobwa utaramenyekana, ari mu gitanda n’umuhanzi, Shafik Walukagga uzwi nka Fik Fameica, asezeranya ko mu minsi mike, hagiye gusohoka amashusho. Iyi nkuru itegerejwe mu bakurikiranira hafi imyidagaduro bamaze gukubita ijisho iyo foto Fik Fameica ari kumwe na slay queen mu buriri. Ayo mafoto yakwiriye ku mbuga nkoranyambaga, […]
Uyu mwanzuro niyo nkuru nziza numvise muri uyu mwaka-Umugore ku ifungurwa ry’utubari
Inama y’abaminisitiri mu Rwanda yemeje ifungurwa ry’utubari mu byiciro nyuma y’umwaka umwe n’igice dufunze, inkuru yashimije benshi abarimo na Mukakamanzi uvuga ko ari inkuru nziza ya mbere yakiriye mu 2021. Ku mbuga nkoranyambaga cyane Twitter na Whatsapp benshi bahise baherekanya iby’iyo nkuru, bagaragaza ko uyu mwanzuro w’abaminisitri bateranye kuwa kabiri ari wo ubashishikaje kurusha indi. […]
Mayhem in Kabaya center as a batch of thieves released from prison
Residents of areas surrounding Kabaya trading center located in Muhoza Sector, Musanze District decry insecurity following the release of those they term, thieves from Kinigi transit center and RIB prison known a Groupement in Musanze City. One of the residents says the release of about 14 thieves is one of the key factor of the […]
Umugabo uha ibice by’ibanga ni gute utamuha ‘password’ ya telefone?-Umugore wa Pasiteri Bugingo
Umugore wa Pasiteri Aloysius Bugingo, uyobora itorero ryitwa House of Prayer Ministries International, Suzan Makula Nantaba, avuga ko atumva uko umugabo n’umugore bapfa ijambo-banga (password) rya telefone kandi hari ibindi basangira bifite agaciro cyane. Nantaba wigaruriye Bugingo nyuma yo kwanga Teddy bari bamaranye imyaka 19, avuga ko umugabo yemerewe amaguru ye n’ibice by’ibanga bityo ngo […]
Umugabo yateruye ibuye ry’ibiro 229
Umugabo wo mu gihugu cya Burkinafaso witwa Sheick Ahmed al-Hassan Sanou – azwi kw’izina rya Iron Biby, kuwa Gatandatu yakoze amateka ku Isi yo guterura ibuye ripima ibiro 229. Uyu mugabo yandikiye amateka mu irushanwa rya Giants Live World Tour Final muri Ecosse/Scotland, mu kurushanwa guterura ibibuye biremereye. Yarushije uwa kabiri ikiro kimwe ndetse yakiriwe […]
Lugendo yatawe muri yombi ku bwo gukinisha imyanya y’ibanga y’umukobwa w’imyaka itatu
Polisi ya Tanzania mu Ntara ya Pwani, yataye muri yombi umugabo w’imyaka 34 witwa Anthony Lugendo imukurikiranyeho gukinisha, gukorakora imyanya y’ibanga y’umwana w’umukobwa w’imyaka itatu y’ubukure. Lugendo asanzwe ari umuhinzi mu Karere ka Mlandizi mu cyaro cya Janga. Akurikiranyweho ko kwandagaza uwo mwana, akinisha ibice bye by’ibanga binyuranye n’amategeko ndetse n’imigirire iboneye nk’uko Bongo5 ibitangaza. […]
Bujumbura hatewe amagerenade atazwi umubare, inkomere n’abahaguye ntibiramenyekana
Mu murwa mukuru w’Ubucuruzi w’ u Burundi, Bujumbura, kuri uyu wa Mbere tariki 20 ku mugoroba ahagana saa moya hatewe za gerenade zitaramenyekana umubare, bigakekwa ko zaba zakomerekeje abatari bake. Ababibonye bavuga ko hatewe nibura gerenade eshatu ku isoko rinini rya Bujumbura, ku muhanda ujya ku Mutakura na Kamenge, mu majyaruguru ya Bujumbura. Umwe mu […]
Uko byagenze ngo umugore yishimire akabariro yatewe n’umujura wamufashe ku ngufu umugabo we bikamutera gusaba gatanya
Umugore uri mu kigero cy’imyaka 30 uvuga yitwa Janet, ku mbuga nkoranyambaga yavuze uko bwa mbere kuva yashaka, yasambanyijwe ku ngufu n’umujura, akamushimisha bikomeye, umugabo we wabirebaga, agahitamo guhita asaba ko batandukana. Janet avuga ko afite abana babiri, atigeze asambana mbere yo kubana n’umugabo we, yari isugi kandi ntacyo byari bimutwaye kugeza ubwo yabonye indi […]
Pasiteri Bugingo yavuze uko amagi yamutandukanyije n’umugore we bari bamaranye imyaka 19
Umuyobozi w’Itorero ryitwa House of Prayer Ministries International, Pasiteri, Aloysius Bugingo avuga ko uburyo umugore we, Teddy Naluswa Bugingo, yari atazi kumwitaho ngo amutekere amagi cyane umureti, biri mu byatumye batandukana kandi bari bamaranye imyaka 19 babana. Ugutandakana kwa Pasiteri Bugingo na Mama Pasiteri Teddy Naluswa Bugingo n’ubwo ku kiri mu nkiko, Bugingo we avuga […]
Igisirikare cy’ u Burundi cyavuze ku gitero cy’ i Bujumbura cyigambwe na RED Tabara
Umuvugizi w’igisirikare cy’u Burundi, Col Floribert Biyereke, yanze kugira byinshi avuga kuri ibi bivugwa by’igitero mu nkegero z’ikibuga mpuzamahanga cy’indege cya Bujumbura. Mu butumwa bwo kuri Twitter, umutwe w’inyeshyamba wa RED Tabara uvuga ko warashe “ibisasu byinshi ku kibuga mpuzamahanga cy’indege cya Bujumbura” ahagana saa tanu z’ijoro (23h) ryacyeye. RED Tabara yongeyeho iti: “Twanakozanyijeho mu […]
RIB yaburiye abakoresha nabi murandasi
Leta y’u Rwanda iratangaza ko yafashe ingamba nshya zo guhana abanyamakuru bakorera kuri Murandasi n’abantu bitabira ibiganiro byabo bivugwa ko babiba amacakubiri muri rubanda. Mu kiganiro yagiranye n’ijwi ry’Amerika, Umuvugizi w’urwego rw’ubugenzacyaha mu Rwanda, Dr Thierry Murangira, avuga ko n’ubwo itegeko ry’u Rwanda rirengera ubwisanzure bw’itangazamakuru hari ababyitwaza bakarenga ku mategeko bityo bakaba bagomba kubibazwa. […]
Umuhungu wa Rwigara yinginze asaba ko umubyeyi we atakongera gusabwa gutanga ikiganiro
Umuhungu wa nyakwigendera Assinapol Rwigara witwa Arioste Rwigara, yasabye ko mama we, Adeline Mukangemanyi Rwigara, baba baretse kumusaba kugirana na we ibiganiro (interviews). Kuri Twitter, mu butumwa bwe bwo kuwa 18 Nzeri 2021 buri mu Kinyarwanda no mu Cyongereza, Arioste Rwigara yagize ati ” Bantu mukorana na Mama ibiganiro: Ndabinginze nimurekeraho. Murakoze. (To those giving […]
Ubufaransa bwafungishije ijisho Umunyarwanda
Umunyarwanda witwa Kamali Isaac afungishijwe ijisho mu Bufaransa (ibyo bita mise sous contrôle judiciaire mu Gifaransa), bisimbura gufungwa by’agateganyo. Umugenzacyaha wo muri parike ishinzwe ibyaha by’iterabwoba y’i Paris yaraye amumenyesheje ko akekwaho jenoside n’ibyaha byibasiye inyokomuntu yaba yarakoreye mu Rwanda mu 1994. Parike y’Ubufaransa ikurikirana ibyaha by’iterabwoba, PNAT mu magambo magufi, yatangiye gukora anketi kuri […]
Bugesera: Umukecuru yahabwaga inkunga y’ingoboka mu gihe yinjiza Frw 400, 000 ku kwezi akagira n’abana baba mu mahanga
Mu gihe Leta yashyizeho gahunda yo guha abaturage inkunga y’ingoboka, hari bamwe mu isesengura bigaragara ko batari bayikwiriye nk’uko bimeze kuri Nyiramana Pascasie, umukecuru w’imyaka 70, utuye Mu murenge wa Ruhuha mu Karere ka Bugesera. Buri mwaka leta y’u Rwanda ikora isesengura, ikareba abagenerwa bikorwa bari muri gahunda ya VUP, cyane cyane muri izi gahunda […]
Abdelaziz Bouteflika wategetse Algeria yapfuye
Abdelaziz Bouteflika wahoze ari Perezida wa Algeria yapfuye afite imyaka 84 nyuma y’uburwayi bw’igihe kirekire. Bouteflika yategetse iki gihugu cyo mu majyaruguru y’Afurika mu gihe cy’imyaka hafi 20, yegura mu 2019 nyuma yuko gushaka kwiyamamariza manda ya gatanu kwe guteje imyigaragambyo ikomeye mu mihanda y’iki gihugu. Yagize uruhare rukomeye mu ntambara igamije ubwigenge ya Algeria […]
Polisi yavuze ku bazunguzayi bagaragaye bakubitira abanyerondo i Nyarugenge
Umuvugizi wungirije wa Polisi y’u Rwanda, CSP Africa Sendahangarwa Apollo, yatangaje ko abaturage bakwiye kubaha inzego z’ibanze zifasha kubahiriza umutekano, bakirinda kuzisagarira. Ku wa Kane tariki 16 Nzeri 2021, ku mbuga nkoranyabanga hagaragaye amashusho agaragaza abanyerondo babiri bo mu Karere ka Nyarugenge bashyamiranye n’abagore babiri b’abazunguzayi kugeza igihe umwe muri abo banyerondo yanizwe akanaturwa hasi. […]