Uganda yataye muri yombi abanyeshuri b’Abanyarwanda

Inzego z’umutekano muri Uganda hari amakuru yizewe ko kuri uyu wa 19 Ukwakira 2021, zataye muri yombi abanyeshuri babiri b’Abanyarwanda; Aimable Ndayishimye na Mary Kabahizi ubwo bari bageze i Mbarara bajya mu Rwanda. Aimable Ndayishimye na Mary Kabahizi, bari basanzwe biga kuri Kaminuza ya Bugema iri mu Karere ka Luweero, rwagati muri Uganda. Bivugwa ko […]

RDF breaks silence on fire exchange with Congolese forces

The Rwanda Defence Force (RDF) on Tuesday, October 19, has released a statement clearing air on the cross-border incident in Rubavu District a day earlier when Rwandan troops crossed into neighboring DR Congo to pursue smugglers. On Monday, October 18, Rwandan security forces pursued smugglers who crossed the Rwanda-DR Congo border at Hehu Cell, Bugeshi […]

Perezida yahembye umusore watoye Frw miliyoni 50 akayasubiza nyirayo

Perezida wa Liberia, George Weah, yahaye icyubahiro, Emmanuel Tolue, umumotari w’imyaka 18 watoye amadolari y’Amerika 50,000 ( Frw miliyoni 50 ), akayasubiza umucuruzi w’umugore, Musu Yancy, wari wayataye ahitwa Nimba. Perezida Weah yahuye na Tolue ku wa Mbere mu muhango wabereye mu murwa mukuru i Monrovia, amuha amafaranga na buruse (bourse) yo kwiga. Mu minsi […]

Gahunda Ingabire Victoire yari afite kuri RIB yasubitswe

Umuyobozi w’ishyaka DALFA Umurinzi, Ingabire Victoire Umuhoza, atangaza ko gahunda yari afite ku Rwego rw’Igihugu rushinzwe Ubugenzacyaha (RIB) yasubitswe bitewe n’uko arwaye. Ingabire abinyujije kuri konti ye yaTwitter kuwa 18 Ukwakira, yavuze ko RIB yamusabye kuyitaba kuri uyu wa Kabiri tariki 19 Ukwakira. Ati “Nasabwe kujya kuri RIB ejo ku wa 19 Ukwakira 2021 saa […]

Polisi yatunzwe agatoki ko ishaka kwitunira kuri Padiri Mugisha

Bamwe mu bantu bo muri opozisiyo muri Uganda batunze agatoki Polisi y’iki gihugu ko ishaka kwitunira kuri Padiri Richard Mugisha wa Paruwasi Gatolika ya Bishanje muri Masaka, ivuga ko yishe umujura witwa Ronald Kyeyune bitewe n’uko atajya arya indimi mu kunenga Leta. Gutunga agatoki polisi byadutse nyuma y’aho urupapuro ruriho ibyo Padiri Mugisha akurikiranweho, rugiye […]

Amb. Karega ku irasana rya FARDC na RDF

Amabasaderi w’ u Rwanda muri Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo, Vincent Karega, yavuze ko ukurasana kwabayeho hagati ya RDF na FARDC kutafatwa nk’igitero nk’uko bamwe babifashe, ko ahubwo ibyabaye kwari ugukurikirana abacuruzi ba magendu. Kuri uyu wa 18 Ukwakira habayeho kurasana hagati y’Ingabo z’ u Rwanda (RDF) n’iza Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo (FARDC). Umuvugizi […]

FARDC accuses Rwanda Defence Forces of incursion

The Democratic Republic of the Congo (DRC) accused the Rwandan forces of “incursion” into six villages in northeastern DRC on Monday morning, a spokesman of DRC’s armed forces (FARDC) said. “There has been an incursion since Monday morning of the Rwandan forces in Kibumba”, in DRC’s northeastern border province of North Kivu, said North Kivu […]

Irasana rya RDF na FARDC: Bamwe mu Bakongomani bari batangiye guhunga

Nyuma y’aho kuri uyu wa 18 Ukwakira habayeho kurasana hagati y’Ingabo z’ u Rwanda (RDF) n’iza Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo (FARDC), Radio Okapi ivuga ko bamwe mu Bakongomani bari batangiye gukuramo akabo karenge. Umuvugizi wa FARDC, Lt Col Guillaume Ndjike Kaiko yavuze ko ingabo z’u Rwanda zageze mu midugudu itandatu yo mu gace ka […]

Umwana wanjye ntashobora gushaka mu Bahutu-Dr Habumuremyi asubiramo ay’umwe mu bafungiwe i Mageragere

Uwahoze ari Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda, uherutse gufungurwa, Dr Pierre Damien Habumuremyi , yavuze ko yatangajwe n’ikigero cy’ingengabitekerezo ya Jenoside yasanze muri Gereza ya Mageragere, aho yiyumviye umwe mu bafungiwe i Mageragere yirahira ko umwana we atashaka mu Bahutu. Dr Habumuremyi yabitangaje kuri uyu wa Gatandatu ubwo yari yitabiriye Ihuriro ngarukamwaka rya 14 rya Unity […]

Cat, mouse games among EAC states over organs job vacancies

BY The East African A dispute over the distribution of jobs in the organs of the East African Community, which has simmered for close to a decade, came to a head last week when the bloc’s legislative assembly blocked the hiring of House clerks, citing irregularities in the recruitment process. Cat-and-mouse games unfolded in the […]

Inkambi ya Gihembe yafunzwe

Inkambi ya Gihembe yari imaze imyaka 24 icumbikiye impunzi ibihumbi 12 z’abanyekongo yamaze gufungwa. Ni nyuma yaho impunzi zari ziyirimo zimuriwe mu Nkambi ya Mahama bitewe n’uko aho zabaga hashoboraga gushyira ubuzima bwazo mu kaga. Mu gitondo ni bwo impunzi 911 zari zisigaye zimuwe nk’uko RBA ibitangaza. Ku wa Mbere tariki 20 Nzeri 2021, impunzi […]

Umukozi wo mu rugo rwa Teta Sandra yasabye polisi kugira icyo ikora kuri Weasel

Uwahoze akora mu rugo rw’ Umunyarwandakazi, Teta Sandra n’umugabo we, Douglas Mayanja (Weasel Manizo), witwa Cyrus Kaweesi, yasabye polisi ya Uganda kugira icyo ikora, igafunga uyu mugabo kuko yamukubise akamwangiriza. Umuvugizi wungirije wa Polisi mu Mujyi wa Kampala, Luke Owoyesigire, yari aherutse gutangaza ko babonye amakuru ko Douglas Mayanja (Weasel Manizo) yakubise umukozi we wo […]

Ingabire Victoire avuga ko abagore babiri bamuba hafi batawe muri yombi

Umuyobozi w’ishyaka DALFA-Umurinzi ritaremerwa mu Rwanda, Ingabire Victoire, avuga ko icyumweru gishize cyasize abayoboke baryo n’abamuba hafi bagera 10 ari bo bamaze gutabwa muri yombi n’urwego rw’ubugenzacyaha (RIB), harimo n’abagore babiri bamubaga hafi mu byo mu rugo. Victoire Ingabire yabwiye BBC ko kuri abo abagore babiri “bamba bugufi”, bo batari abayoboke baryo. Ati “Hari igihe […]

Padiri Mugisha akurikiranweho kwica umuntu

Polisi mu Mujyi wa Masaka muri Uganda ikurikiranyeho Padiri Richard Mugisha wa Paruwasi Gatolika ya Bisanje, kwica Ronald Kyeyune, winjiye mu gipangu bivugwa ko yari agamije kwiba imodoka. Padiri Mugisha areganwa na Cayimani, Joseph Mutayomba, bombi polisi yahisemo kubashinja ubwicanyi nk’uko dosiye iriho ikirego ibigaragaza. Ivuga ko mu ijoro ryo kuwa 13 Ukwakira 2021, Kyeyune […]

Ntitukabe nka wa mugani ngo kera habayeho- Jeannette Kagame

fb0zysdxeami1ol.jpg

Umuyobozi wa Unity Club Intwararumuri, Madamu Jeannette Kagame, yasabye abanyamuryango gusigasira ibyagezweho n’iri huriro kugira ngo bitazazimangana, bikazajya bivugwa nk’ibyigeze kubaho, ubundi bikaburirwa irengero. Ni mu ijambo yagezaga ku bitabiriye ibiganiro byo kwizihiza imyaka 25 ihuriro Unity Club ribayeho. Madamu Jeannette Kagame ati ” Ibigwi by’imyaka dusoje ntibizatume tuba nka wa mugani ngo ‘kera habayeho.” […]

Umugore yokeje umwana we ibiganza kuko yariye abandi bo mu rugo batararya

Polisi mu Karere ka Napak muri Uganda, icumbikiye umugore wo mu bwoko bwa Karamojong, Christine Abura, watwitse umwana we w’umukobwa ibiganza kuko yariye ku biryo, abandi bo mu rugo batarabiryaho. Uyu mugore w’imyaka 31 akurikiranyweho ko iki cyaha yakoreye mu cyaro cya Lokitelaemun, akagerageza kubihisha nk’uko umupolisi witwa Anna Modo abivuga. Modo avuga ko kuwa […]

Ishyaka ryasabye u Burundi kwemeza ko habayeho Jenoside yakorewe Abahutu

Ishyaka ryitwa Sahwanya FRODEBU ryo mu Burundi, ryahamagariye Leta iyobowe na Ndayishimiye Evariste, kwemeza ko muri icyo gihugu habayeho Jenoside yakorewe Abahutu mu 1972. Ni ubwa mbere Sahwanya FRODEBU igaragaje uruhande ihagazeho kuri iyi ngingo itavugwaho rumwe mu Burundi. Ubu busabe bwavugiwe mu kiganiro ishyaka Sahwanya FRODEBU ryagiranye n’abanyamakuru i Bujumbura aho ufite icyicaro. Umuyobozi […]

Habumuremyi yongeye gutumirwa muri Unity Club

Pierre Damien Habumuremyi, uherutse kubabarirwa na Perezida Kagame Paul, avuga ko umufasha w’umukuru w’igihugu, Jeannette Kagame, yongeye kumutumira mu muryango Unity Club Intwararumuri. Uyu mugabo wahoze ari Minisitiri w’Intebe, kuri Twitter yavuze ko Madamu Jeannette Kagame yongeye kumutumira nyuma yo gufungurwa. Yagize ati ” Kuri Nyakubahwa umufasha mukuru w’igihugu, mbikuye ku ndiba y’umutima wanjye, mbashimiye […]

Akari ku mutima wa Adeline Rwigara nyuma y’aho urukiko rutesheje agaciro ikirego cyihutirwa cya PTC

Urukiko rw’Ubucuruzi mu Rwanda ku wa Gatanu, rwatesheje agaciro ikirego cyihutirwa cyatanzwe n’uruganda rw’itabi rwa Assinapol Rwigara (PTC), gusa umudamu we, Adeline Mukangemanyi Rwigara, avuga ko bazajurira. Nyuma yo kumenya uyu mwanzuro, Adeline Rwigara yavuganye na Radiyo Ijwi rya Amerika. Yagize ati ” Ni agahomamunwa. None se ubundi uru hari urubanza rurimo ko ari urucabana. […]

Abanyamurenge bo mu Bibogobogo bamerewe nabi n’ibitero

Hari amakuru ko kuva kuwa Gatatu hari imirwano muri Teritwari ya Moyen Plateau, mu Ntara ya Kivu y’Epfo ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo Amakuru bamwe mu Banyamulenge batuye ahitwa mu Bibogobogo bahaye BBC, aravuga ko kuva ku wa Gatatu kugeza, bari kugabwaho ibitero n’aba mayi-mayi bo mu bwoko bw’Abafurero. Uruhande rw’Abafurero ndetse n’igisirikare ntacyo […]

Guverineri Habitegeko ari mu Cibitoke

Guverineri w’Intara y’u Burengerazuba, Habitegeko François, yagiye mu Ntara ya Cibitoke mu Burundi kuri uyu wa 15 Ukwakira 2021, aho ari kugirana ibiganiro na mugenzi we, Bizoza Carême. RBA kuri Twitter yatangaje ko ibi biganiro biri kubera muri Komini Rugombo bigamije gukomeza imigenderanire myiza hagati y’izi ntara zituranye. Harebwe amashusho, ni ibiganiro byanitabiriwe n’abarimo abasirikare […]

Abakobwa umunani bo muri Sheema batewe inda na ba Se bababyara

Umukozi ushinzwe ubutabera mu Karere ka Sheema muri Uganda, Kyomuhendo Annet avuga ko abakobwa umunani batewe inda na ba Se bababyara kuva umwaka wa 2021 watangira. Ubuyobozi bwo muri ako karere buvuga ko ibi byabaye muri iki gihe hiyongereye ibyaha by’ihohotera rishingiye ku gitsina, gufata ku ngufu n’ubusambanyi. Mu nama yabereye ahitwa Kabwohe, RDC wa […]

Umubyeyi wo muri Mozambique yise umwana we ‘Mahoro’

Umubyeyi wo muri Mozambique mu Karere ka Palma mu Ntara ya Cabo Delgado, Zainabo Soumaile, yise umwana we izina ry’Ikinyarwanda, Mahoro, nyuma yo gufashwa n’Ingabo z’ u Rwanda (RDF), zamukuye ahakomeye. Uyu mubyeyi uri mu bavanwe mu byabo n’ibitero by’ibyihebe, TNT ku mashusho yashyize kuri Twitter, arimo ko yari agiye kuhasiga ubuzima bitewe n’ibibazo yari […]

Abasaga 85% bandura Covid-19 muri Afurika ntibamenyekana-OMS

Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe Ubuzima ku Isi, OMS/WHO rivuga ko abantu batandatu kuri barindwi bandura virusi ya Corona muri Afurika ariko ntibamenyekane. Iyi mibare OMS ivuga ko yayigennye ishingiye ku mibare y’abantu bizwi bishwe na Coronavirus n’ibipimo byagiye bifatwa. Kugeza ubu abantu miliyoni umunani nibo bonyine bizwi ko bamaze kwandura Covid-19 muri Afurika gusa OMS […]

Ingabire Victoire avuga ko RIB yataye muri yombi bamwe mu bayoboke b’ishyaka rye

fbpmsakwyaq8rl5.jpg

Umuyobozi w’Ishyaka ritaremerwa mu Rwanda, DALFA Umurinzi, Ingabire Umuhoza Victoire, avuga ko Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwataye muri yombi abayoboke batatu b’ishyaka rye. Mu butumwa yanyujije ku rukuta rwa Twitter kuri uyu wa 14 Ukwakira 2021, Ingabire yavuze ko ” Muri iki gitondo tumenye ko Sylvain Sibomana na Alexis Rucubanganya wo muri Ngoma mu burasirazuba […]

Umusore yabwiye abapolisi uko yatangiye yica imbwa bikaza kurangira yica n’abantu

Umusore witwa Richard Appiah w’imyaka 28 yatangarije Polisi ya Ghana iri kumukoraho iperereza ko yatangiye yica imbwa imwe y’umukara, nyuma agatangira no kuzajya yica abantu barimo abana babiri akekwaho ko yiciye ahitwa Abesim. Appiah yabwiye abakora iperereza kuri ubwo bwicanyi ko umuhate wo kwica abantu ari uko yatangiye yica imbwa, akabona ko no ku bantu […]

Insisiro zisaga esheshatu z’Abanyamulenge zatwitswe

Abarwanyi bikekwa ko ari aba Mai Mai Yakutumba bagabye igitero mu mihana itandukanye ituwe n’abo mu bwoko bw’Abanyamulenge mu Bibogobogo muri Teritwari ya Fizi, intara ya Kivu y’Epfo, batwika insisiro (imihana) esheshatu. Muri ibyo bitero abaturage bemeza ko byagabwe n’abarwanyi ba Mai Mai Bilozebishambuke hakomerekeyemo n’abandi baturage batari bake. Umuyobozi w’Akarere ka Bibogobogo, Ngirimukiza David, […]

Akari ku mutima w’umuhungu wa Habumuremyi wakunze kwinubira ifungwa rya Se

Umuhungu wa Pierre Damien Habumuremyi wabaye Minisitiri w’intebe, Apollo Mucyo, wakunze kwifashisha imbuga nkoranyambaga mu kunenga leta y’u Rwanda mu gihe se yari afunzwe, yavuze ko ubu “yuzuye ibyishimo”. Mucyo Apollo, yigeze gutakambira Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame avuga ko Se adakwiye gufungwa bitewe n’uko yakoreye igihugu imirimo myinshi. Itangazo ry’ibyemezo by’inama y’abaminisitiri yateranye ku […]

Musanze: ‘Uwasambanyije ku ngufu’ umukobwa w’imyaka 10 asanzwe afite agakoko gatera SIDA

img_20211010_073855.jpg

Umusore witwa Maniraguha Wellars uzwi nka Kibisi twamenye ukekwaho gufata ku ngufu umukobwa w’imyaka 10, yatawe muri yombi n’inzego z’umutekano z’abaturage kuwa 10 Ukwakira 2021 bimenyekana ko asanzwe afata imiti igabanya ubukana bw’agakoko gatera SIDA. Umubyeyi w’uwo mwana wiga mu mwaka wa Gatanu w’amashuri abanza, Elyseus Niyibizi uzwi nka Zakayo, wo mu Mudugudu wa Rukereza, […]

Iyo tuba tutarateye imbere cyangwa tutarabinyuzemo neza baba batunenga iki?-Kagame

Perezida Paul Kagame witabiriye mu buryo bw’ikoranabuhanga, inama Mpuzamahanga ku mahoro n’umutekano ibera i Doha muri Qatar, avuga ko ajya yibaza icyo abanenga u Rwanda icyo baba bavuga iyo ruza kuba rutaratera imbere cyangwa runyure mu mateka rwanyuzemo. Mu nama yo kuri uyu wa Kabiri, Perezida Kagame yavuze ku buryo afata abanenga ibyagezweho n’u Rwanda. […]

U Bufaransa: Abimukira batatu bari baryamye mu muhanda wa gariyamoshi bishwe

Abimukira batatu bishwe na gariyamoshi naho undi umwe arakomereka bikomeye ubwo yabagongaga mu majyepfo ashyira uburengerazuba bw’Ubufaransa. Umukuru w’akarere k’aho byabereye, na polisi, bavuze ko abo bimukira bari baryamye mu nzira ya gariyamoshi ubwo yabagongaga mu mujyi ukora ku nyanja hafi ya Biarritz mu gitondo cyo ku wa kabiri. Polisi irimo gukora iperereza, ariko uburyo […]

Uri umusazi, niyo nzu nzaza nyihirike- umusaza w’i Rubengera avuga ko ubuyobozi bumusubiza iyo agiye kwaka amabati yemerewe

Umuturage w’imyaka 66 witwa Sinabubaraga Boniface utuye mu Mudugudu wa Kabeza Akagari ka Kibirizi, Umurenge wa Rubengera mu karere ka Karongi aravuga ko amaze amezi agera kuri atanu yaremerewe guhabwa isakaro n’ubuyobozi bw’uyu murenge ariko ntarihabwe, ahubwo akavuga ko bamwita umusazi ngo n’iyo nzu yazamuwe bazayihirika. Uyu muturage yabwiye Radio Isangano ati ” Ikibazo mfite […]

Gasabo: Amabandi yitwaje intwaro yakozanyijeho n’irondo abohoza mugenzi wayo wafashwe

Hari amakuru ko mu minsi mike ishize, amabandi yitwaje intwaro gakondo, yakuye mu nzara z’irondo mugenzi wayo wari wafashwe nyuma yo gukozanyaho n’abanyerondo bo mu Kagari k’Agateko mu Murenge wa Jali, Akarere ka Gasabo. Amakuru avuga ko ibi byabaye mu ijoro ryo kuwa 06 Ukwakira 2021 saa tanu, nyuma y’aho irondo ryari ryafashe umujura bivugwa […]

IMF ntiyatakarije icyizere Georgieva ushinjwa kuzambya raporo ya ‘Doing business’

Inama y’Ubutegetsi y’Ikigega Mpuzamahanga cy’Imari (IMF) yemeje ko ifitiye icyizere gihagije umuyobozi wacyo Kristalina Georgieva, ushinjwa ko yagize uruhare mu guhindura amanota yasohokaga muri raporo igaragaza uko ibihugu birushanwa mu korohereza ubucuruzi, yamenyekanye nka ‘Doing Business Report’. Ni amakosa Georgieva ashinjwa ko yagizemo uruhare ubwo yari Umuyobozi nshingwabikorwa wa Banki y’Isi. Mu kwezi gushize nibwo […]

Perezida Kagame yasubije abibajije niba RDF itaragiye hutihuti muri Mozambique

51580052128_2574-c5d02.jpg

Perezida Paul Kagame yavuze ko muri Mozambique ku ikubitiro u Rwanda rwoherejeyo Ingabo n’Abapolisi 1000 mu buryo bwihuse kuko iyo bijya kunyura mu nzira zisanzwe byari gutinda. Umukuru w’Igihugu yabitangarije mu kiganiro yatanze mu nama yiga ku mutekano iri kubera i Doha muri Qatar yifashishije ikoranabuhanga. Iyi nama ngarukamwaka izamara iminsi ibiri uhereye ku wa […]

Dushimirimana wavugaga ko umugabo we yashimuswe yaba yarakiriye Frw yo muri opozisiyo

Mu minsi ishize, hasakaye amakuru y’umugore witwa Antoinette Dushimirimana wavugaga ko umugabo we, Shyaka Gilbert, yashimuswe cyangwa akaba yarishwe n’inzego z’umutekano. Hari amakuru ko Dushimirimana utuye mu Karere ka Gicumbi nyuma yo kuvugwa cyane mu bitangazamakuru birimo BBC ndetse na za shene za Youtube zitari nke zikamugarukaho, abantu bo muri opozisiyo baba baramuhaye amafaranga atazwi […]

FARDC ivuga ko yishe, ifata mpiri bamwe mu barwanyi ba RED-TABARA bari bavuye i Burundi

capture-60.png

Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, FARDC, zivuga ko ku Cyumweru zishe abarwanyi babiri b’inyeshyamba z’Abarundi za Red-Tabara zifata rwa mpiri (rwa mikono) abandi batanu. FARDC ivuga ko abo barwanyi baguye ahitwa Kibirizi mu kibaya cya Rusizi Teritwari ya Uvira, Intara ya Kivu y’Epfo nk’uko VOA dukesha iyi nkuru ibivuga. Umuvugizi wa FARDC muri […]

Dore amazina y’utubyiniriro y’abaperezida bo muri Afurika amwe adakunze kuvugirwa mu ruhame

edgard.jpg

Perezida nk’umwe mu bategetsi bakuru b’igihugu, akurikiranirwa hafi n’abaturage baba ab’igihugu cye cyangwa abandi bahatuye ndetse no hanze yacyo yaba akiyobora cyangwa yaravuyeho. Kubera akazi bakoze mbere yo kwicara muri iyo ntebe yo hejuru, uko bakora akazi kabo n’izindi mpamvu, bamwe mu bakuru b’ibihugu muri Afurika bagiye bahabwa utuzina tw’utubyiniriro, twaba utububaka cyangwa utubajora two […]

Ababyeyi bavuze impamvu itangaje yatumye bemerera umuhungu n’umukobwa wabo kuzajya baryamana

Umugabo utivuze amazina kuri Facebook gusa bigaragara ko ari uwo muri Afurika y’Iburengerazuba bitewe n’imyambarire, yatangiye avuga ko yamenye amakuru ko umuhungu we n’umukobwa yibyariye, baryamana mu ibanga gusa ngo ubu yarabemereye ngo bajye babikora, yewe babashyira no mu cyumba kimwe. Mu butumwa bwe, uyu mugabo yavuze ko we n’umugore we bafashe umwanzuro wo kumenyesha […]

Imana yandemeye kudashaka umugabo -Sheebah

Umuhanzi Sheebah Samali Karungi uzwi nka Queen Sheebah avuga ko asanga we atararemewe gushaka umugabo, ko ahubwo afite ibindi bintu bihambaye yaremewe gukora. Sheebah yavuze ko adateganya gushaka cyane ko we iyo yitegereJe ” Nsanga ataribyo naremewe.” Mu kiganiro na Spark TV ubwo yafunguraga ku mugaragaro ikigo cye kizajya cyita ku gufasha abana b’abakobwa. Avuga […]

Musanze: Ukekwaho gufata ku ngufu umukobwa w’imyaka 10 yatawe muri yombi

Umusore BWIZA yamenye ko yitwa Wellars, ukekwaho gufata ku ngufu umukobwa w’imyaka 10, yatawe muri yombi n’inzego z’umutekano z’abaturagenyuma y’umunsi umwe, iki kibazo kibayeho. Isoko y’amakuru ya BWIZA iri mu Mudugudu wa Rukereza, Akagari ka Kigombe mu Murenge wa Muhoza, mu Karere ka Musanze, ivuga ko uyu musore yakuwe ahitwa mu Mugara, mu Kagari ka […]

Natangiye kuremba ubwo Pasiteri Bugingo yankozagaho ibiganza-Umurwayi

Umunyarwenya Kaberenge Madenge (Hassan Ssenyonjo) kuri ubu urembejwe na kanseri, avuga ko yatangiye kugira uburibwe bwinshi cyane ubwo Pasiteri Aloysius Bugingo, yamurambikagaho ibiganza amusengera. Pasiteri Bugingo wanashinze itorero rye ryitwa House of Prayer Ministries, atungwa agatoki na Kaberenge ko ubwo yamuvugiragaho amagambo yirukana ikibi, ari bwo ahubwo yumvise atangiye kuremba. Aganira n’imwe muri televiziyo zo […]

Musanze: Umwana w’imyaka 10 yafashwe ku ngufu n’umuntu utaramenyekana

img_20210916_091458_335.jpg

Umwana w’umukobwa w’imyaka 10 (amazina ye yagizwe ibanga), abayeyi be batuye mu Mudugudu wa Rukereza, Akagari ka Kigombe mu Murenge wa Muhoza mu Karere ka Musanze, yafashwe ku ngufu n’umuntu utaramenyekana. BWIZA yageze mu rugo rw’iwabo ku isanteri ya Kabaya, uyu mukobwa aziga mu mwaka wa Gatanu w’amashuri abanza mu mwaka w’amashuri ugiye gutangira, mukuru […]

Nibaza ibyo Museveni arya, dukeneye umusimbura- Past. Bunjo

Pasiteri John Bunjo uyobora Christian Restoration Ministries International avuga ko ajya yibaza icyo Perezida wa Uganda arya, gituma agiye kuzizihiza imyaka 40 ari ku butegetsi, ingingo ituma avuga ko umusimbura akenewe. Ibi Pasiteri Bunjo yabigarutseho ubwo hari amasengesho yo gusabira igihugu mu Mujyi wa Mbale kuwa 8 Ukwakira 2021. Pasiteri Bunjo mu mashusho agaragara kuri […]

Miss Rwanda Naomie yatabaje RIB

Abantu batari bake ku rubuga nkoranyambaga rwa Twiter, bakomeje kwibaza ibikubiye mu butumwa Nyampinga w’ u Rwanda mu 2020, Nishimwe Naomie, yandikiye Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) kuri uyu wa 8 Ukwakira 2021. Miss Nishimwe ahagana saa tatu yandikiye RIB avuga ngo ” Mwaramutse RIB, mwareba ubutumwa mbandikiye mu gikari.” RIB yasubije igira ati ” Urakoze […]

Umusaza yapfuye nyuma yo kuryamana n’inkumi ebyiri ijoro ryose

Umusaza wari mu kiruhuko cy’izabukuru wahoze ari umukozi w’iposita muri Nigeria (NIPOST), yapfuye nyuma yo kumarana ijoro ryose, abakobwa b’inkumi ari kubasambanya kugira ngo na we azabaheshe akazi. Ibi byabereye muri Leta ya Akwa Ibom muri Nigeria, aho aba bakobwa bahise batabwa muri yombi kugira ngo hakorwe iperereza. Umuvugizi wa Polisi muri Leta ya Akwa […]

Monrovia iteye iseseme- Uhagarariye EU muri Liberia

Uhagarariye Ishyirahamwe ry’Ubumwe bw’ i Burayi (EU) muri Liberia, Laurent Delahousse, avuga ko umurwa mukuru w’icyo gihugu, Monrovia uteye iseseme bitewe n’umwanda uharangwa. Laurent Delahousse avuga ko atumva uko Monrovia isa nabi kandi EU itanga inkunga ngo uyu murwa use neza, abantu barusheho kuba ahantu heza. Uyu mudipolomate yabivugiye mu nama yari yahuje ubutegetsi bw’Umujyi […]

Igiti giherutse kugushwa n’umuyaga cyikica bane cyongeye gusangwa gihagaze

odantree.jpg

Igiti giherutse guhirikwa n’umuyaga watewe n’imvura nyinshi, kikica abantu bane kibagwiriye mu Mujyi wa Oyo muri Leta ya Oyo muri Nigeria biravugwa ko abaturage basanze cyongeye guhaguruka, kigahagarara. Iki giti kimeze nk’umuvumu ubusanzwe cyari gikuze, cyari cyahiritswe n’umuyaga kuwa Mbere nimugoroba, kigwira abantu bane bari bugamye munsi yacyo barapfa , imodoka na moto byari munsi […]

Maze imyaka itatu nkubitwa n’umugore wanjye,ajya amfatiraho icyuma -Umugabo

Umugabo wo muri Ghana wahishe izina rye, yandikiye Radiyo na televiziyo bytwa Citi mu kiganiro cyitwa Sister Sister show avuga ko mu myaka itatu ishize, yagiye akubitwa n’umugore we rimwe na rimwe akamushyira icyuma ku ijosi, mu gihe ntacyo aba atamukoreye ngo amushimishe. Iki kiganiro kiyoborwa n’uwitwa Jessica Opare-Saforo, nicyo uyu mugabo yatangarijemo urwo gusenya […]

Ikigo cyitiriwe Sendashonga cyikuye mu ihuriro RBB

Ikigo cyitiriwe Seth Sendashonga ( Institut Seth Sendashonga Pour la Citoyennete Democratique, ISCID asbl, cyashyize hanze itangazo kivuga ko cyikuye mu ihuriro nyunguranabitekerezo, RRB. Kwivana muri RRB nk’uko itangazo BWIZA yabonye rivuga, byatewe n’uko ngo kuva ” Ihuriro RRB ryashingwa mu mezi makeya rishinzwe, byaje kugaragara ko ridashyize imbere mu mikorere yaryo ibiganiro byubaka, ubwumvikane […]

Abiga mu yindi myaka bazajya batsindwa nabo bagiye kujya basibizwa

Minisitiri w’Uburezi, Dr Valentine Mujawamariya, avuga ko ibyo gusibiza abatsinzwe bigiye gukomereza ku biga mu yindi myaka idasoza ibyiciro runaka. MINEDUC yari iherutse gutangaza ko abanyshuri bagera ku bihumbi 60 batsinzwe ibizamini bisoza amashuri abanza n’ikiciro rusange, bazasibira. Min. Mujawamariya kuri izi mpinduka, yabwiye televiziyo y’igihugu ati ” Ubu iyi ngiyi ni intambwe ya mbere, […]

OMS yemeje urukingo rwa Malariya ruzakoreshwa muri Afurika

Ishami rya UN/ONU rishinzwe ubuzima ku Isi, OMS/WHO ryemeje ko urukingo rwitwa RTS,S/AS01 cyangwa Mosquirix rwatangira gukoreshwa hakingirwa Malariya muri Afurika. Malaria ni indwara yica iterwa n’umubu, ikagaragara mu bihugu byinshi birimo n’ ibya Afurika. Imibare igaragaza ko abantu barenga miliyoni 200 ku Isi bandura iyi ndwara, igahitana amagana biganjemo abana bo muri Afurika. Ubusanzwe […]

MINISANTE yategetse ko abakora mu mavuriro yigenga bahabwa umushahara uhoraho

Minisiteri y’ Ubuzima, MINISANTE, yategetse amavuriro yigenga guhagarika ibyo kugabana inyungu hagati y’umukozi n’ivuriro hashingiwe ku mafaranga yinjiye, ahubwo hagasyirwaho umushahara uhoraho. MINISANTE yavuze ko impamvu y’iki cyemezo ari uko uburyo bwakoreshwaga hahembwa abakozi, bwagiye bugira ingaruka ku mitangire ya serivisi. Ivuga ko amavuriro yarebaga inyungu cyane ndetse abantu bagahabwa serivisi zihenze. Iyi minisiteri yategetse […]

Rusesabagina ntarabona inyandiko imukatira- Umuryango we

Umuryango wa Paul Rusesabagina uvuga ko atarashyikirizwa kopi y’inyandiko y’urukiko yo gukatirwa kwe, nyuma y’iminsi 15 ishize urubanza rusomwe. Rusesabagina w’imyaka 67, ku itariki ya 20 Nzeri 2021 yakatiwe gufungwa imyaka 25 ahamwe n’ibyaha by’iterabwoba, mu rubanza yafatwagamo nk’uregwa w’ibanze mu bandi 20. Umunyamategeko we yabwiye BBC ko “ubundi bagombye gusoma urubanza n’iyo kopi ihari”, […]

Umunyarwandakazi avuga ko DPC wa Mubende yashimuse uruhinja rwe rw’ukwezi kumwe

photo_2021-10-05_10-12-28.jpg

Umunyarwandakazi witwa Julienne Kayirere, atangaza ko Umuyobozi wa Polisi mu Karere ka Mubende (DPC), muri Uganda, yashimuse umwana we w’uruhinja rw’ukwezi kumwe, Joana Imanirakiza, rwari rucyonka, ubu imyaka itatu ikaba ishize atararubonaho. Julienne Kayirere, avuga ko DPC yamushimutiye umwana mu 2018 nyuma yo kumufungira muri kasho ya Polisi i Mubende amaze gufatirwa ahitwa Kasambya muri […]

Umukuru mu itorero rya Pentekote yasambanyije abahungu yigisha 19

Umwe mu bakuru b’itorero rya Pentekote, akaba n’umwarimu, Natomah Otabel wo mu Karere ka Salaga muri Ghana, yasambanyije ku ngufu abahungu yigisha 19 ndetse ngo asenga cyane. Uwo mwarimu wo mu gace ka Savannah nk’uko Nyaaba Veronica, wigisha hamwe na Natomah ku ishuri ryisumbuye rya Kulpi, abivuga, ni umwe mu banyedini bakomeye. Nyaaba ati ” […]

Dufite abagabo benshi b’ibigwari-RWAMREC

Umuryango uharanira guteza imbere ihame ry’uburinganire n’ubwuzuzanye no kurwanya ihohoterwa rishingiye ku gitsina mu iterambere ry’Abanyarwanda, RWAMREC, uvuga ko mu Rwanda hakiri abagabo benshi wise ibigwari, bihunga inshingano zo kurera abana, bigakuramo akabyo karenge. Umuyobozi Nshingwabikorwa wa RWAMREC, Rutayisire Fidele ati ” Umugabo ufata inshingano zo kubyara,ntasezerane n’umugore we yarangiza agata abana,abo bagabo tubita abagabo […]

Bugarama: Abanyenganda batunzwe agatoki ko banyunyuza abahinzi b’umuceri

Abahinzi b’umuceri mu Karere ka Rusizi, batunze agatoki abanyenganda babagurira umuceri ku giciro gito ariko bo bakawugurisha ku giciro kiri hejuru cyane. Aba bahinzi babitangaje ubwo Minisitiri w’Ubuhinzi n’Ubworozi, Gerardine Mukeshimana ari mu Bugarama mu Karere ka Rusizi. Abahinzi b’umuceri bavuga ko ” Abanyenganda bikubira inyungu bonyine na ho abahinzi bagataha amara masa.” Abahinzi bahereye […]

Abapadiri bo mu Bufaransa bahohoteye ku gitsina abana ibihumbi 216 kuva mu 1950-Raporo

Abana bagera ku 216,000 bakorewe ihohoterwa n’abapadiri ba Kiliziya Gatolika mu Bufaransa kuva mu 1950, nk’uko byavuzwe n’ukuriye komisiyo yakoze iperereza ku byaha nk’ibi muri Kiliziya. Jean-Marc Sauvé yabivugiye mu gusohora raporo ndende ku ihohotera rishingiye ku gitsina muri Kiliziya yo mu Bufaransa. Yavuze ko uwo mubare washoboraga kugera ku 330,000 iyo ibyaha nk’ibi byakozwe […]

Undi meya wo muri Afurika y’Epfo yazize impanuka mu byumweru bitageze kuri bitatu

Abaturage ba Africa y’Epfo bagaragaje akababaro nyuma y’uko umuyobozi, Neo Shalk wari mayor w’agacek ka Naledi, apfiriye mu mpanuka, akaba uwa kabiri upfuye mu byumweru bitageze kuri bitatu. Ku cyumweru yaguye mumpanuka y’imodoka hanze y’umujyi wa Vryburg mu ntara ya North West. Ikinyamakuru Sunday Times cyaho kivuga ko yari mu rugendo n’umugore we batashye bavuye […]