Umushyikirano 2024: Abayobozi 7 bakwiye kuzahatwa ibibazo ku nshingano zabo
Perezida Kagame mu nama y’Umushyikirano ya 18 yagize ati “Abantu baricara gusa bagakora ubusa? Bakaba bafite ikibazo ariko ntibige uko giteye n’ukuntu cyakemuka? Abayobozi, abayobozi bicaye hano. Mwakemura mute ikibazo mutize, mutazi uko giteye? Cyakemuka gite? Mwe ntabwo mushinzwe gukemura ibibazo rero, ni iby’abaterankunga mu bitwara mu baterankunga akaba ari bo bajya kubibakemurira?” Kuva ku […]
VIDEO – M23 yasobanuye uko ba komanda bayo biciwe mu gico
Umutwe wa M23 urwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, wemeje ko abasirikare bawo babiri bakuru (commanders) bishwe ku wa 16 Mutarama 2024 baguye mu gico batezwe n’Ingabo za Leta. Mu kiganiro cyihariye umuvugizi w’uyu mutwe mu bya gisirikare, Maj Willy Ngoma yagiranye na BWIZA TV, yashimangiye ko ibi byakozwe na Leta ya Kinshasa […]
Perezida Kagame yitabiriye WEF mu Busuwisi
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame ari i Davos mu Busuwisi aho yitabiriye inama ya World Economic Forum (WEF) ibaye ku nshuro ya 54. Umukuru w’Igihugu cy’u Rwanda azitabira ibiganiro bitandukanye byateguwe muri iyi nama birimo icyo aza kwitabira uyu munsi hamwe na perezida wa Ghana Nana Akufo- Addo ndetse na Visi perezida wa […]
Burundi: Umunyamabanga w’ishyaka ry’Agathon Rwasa yarekuwe nyuma yo gutabarizwa
Nyuma y’amasaha atari make ari mu maboko y’urwego rw’gihugu rushinzwe iperereza, Umunyamanga w’Ishyaka CNL ritavuga rumwe n’ubutegetsi mu Burundi yamaze kurekurwa asubira mu muryango we nyuma yo gutabarizwa. Uyu witwa Providence Ntirabampa wari umunyamanga w’Ishyaka CNL ritavuga rumwe n’ubutegetsi buriho mu Burundi bwa CNDD-FDD yatabarizwaga nyuma y’uko yatawe muri yombi mu buryo bumeze nko gushimutwa […]
DRC: Muri Katanga bazamuye idarapo ryabo nk’ikimenyetso cyo kwigenga
Abantu batamenyekanye bagiye ku biro bya polisi biherereye ahitwa Luena mu ntara ya Katanga mu gihugu cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bahamanura idarapo rya Leta bahazamura iry’iyi ntara, bigaragara ko ari ikimenyetso ko abatuye iyi ntara bashaka ubwigenge. Kuba Abazamuye iri darapo batamenyekanye kandi ari ku cyicaro cya Polisi y’igihugu biri mu byatumye urujijo […]
Uburyarya, mpemuke ndamuke na bagarira yose: Ibyigaragaza ku baperezida ba EAC bashimiye Tshisekedi

Komisiyo yigenga y’Amatora muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (CENI) yatangaje ko ibyavuye mu matora yabaye ku wa 20 Ukuboza 2023 muri icyo gihugu byerekana ko Felix Antoine Tshisekedi ari we watorewe kuyobora icyo gihugu, bivuze ko agiye kukiyobora mu yindi manda y’imyaka 5. Ni amatora ariko ataravuzweho rumwe muri icyo gihugu kuko benshi mu […]
Byifashe bite nyuma yo gutorwa kwa Tshisekedi, Bigitangazwa yahise arasa kuri M23

Mu gihe hirya no hino mu isi biteguraga kwizihiza umwaka mushya wa 2024 ndetse banishimira gusoza uwa 2023 mu mahoro, mu gihugu cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ho siko byari byifashe. Muri icyo gihugu ho hari umubare muke w’Abaturage bishimiraga iyo ntambwe yo kwambukiranya umwaka, abandi bake cyane bo bakanabitwarirana no kwishimira itsinzi ya […]
Tuzakomeza gukora ibishoboka ngo Abanyarwanda bahore batekanye – Perezida Kagame
Mu butumwa bosoza umwaka wa 2023 perezida Kagame yageneye Abanyarwanda bose yashimangiye ko nk’Igihugu kizakomeza gukora ibishoboka byose mu rwego rwo gushakira Abanyarwanda Amahoro n’umutekano, anashimangira ko u Rwanda ruzakomeza no gusagurira uwo mutekano ku bihugu bizarwitabaza. Ni ubutumwa umukuru w’Igihugu asanzwe atanga ku munsi wa nyuma w’umwaka, ubwo kuri iyi nshuro bukaba buje buhurirana […]
Anne Rwigara yapfuye urupfu rw’amayobera
Anne Uwamahoro Rwigara, umukobwa wa Rwigara Assinapol na Adeline Rwigara yapfuye urupfu umuryango we wafashe nk’urw’amayobera. Urupfu rw’uyu mukobwa wari ufite imyaka y’ubukuru 41 waguye mu gihugu cya Leta zunze ubumwe z’Amerika aho yabarizwaga rwemejwe na mama we kuri uyu wa 28 Ukuboza 2023. Uyu mubyeyi yabwiye BBC ko uyu mukobwa we yapfuye urupfu rw’amayobera […]
Ingabo za SADC zije kurwanya M23 zageze i Goma
Ingabo z’Igihugu cy’Afurika y’Epfo nizo zemejwe ko zamaze kugera mu mujyi wa Goma muri Kivu y’Amajyaruguru aho zije muri gahunda yo gutera ingabo mu bitugu Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) ku rugamba gihanganyemo n’Inyeshyamba za M23. Izi ngabo zikaba zageze muri iki gihugu mu ijoro ryo ku wa 27 Ukoboza 2023 aho […]
Bugesera: RYWP yahagurukijwe no gufasha abagore kubona amazi – VIDEO

Mu karere ka Bugesera, mu ntara y’Uburasirazuba bw’u Rwanda hari itsinda ry’Abasore n’Inkumi bishyize hamwe batangiza ibikorwa bigamije ubuvugizi no gukuraho imbogamizi zituma amazi akomeje kuba ikibazo muri kariya karere by’umwihariko bikagira ingaruka nyinshi ku bagore n’Abakobwa. Abo basore n’Inkumi bavuga ko ibura ry’amazi meza rigira ingaruka ku bantu bose ariko byagera ku bagore n’abakobwa […]
Ibizashimisha Abanyakigali mu minsi mikuru mu mboni za Meya mushya
Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwatangarije abawutuye uko bagomba kuzitwara mu gusoza umwaka wa 2023 ndetse n’uko bagomba kuzatangira uwa 2024. Ni ubutumwa butanzwe mu gihe uyu mujyi wemeza ko hari ibintu byinshi byanejeje abaturage ku buryo batitwararitse bashobora kuzisanga ibyari ibyishimo bihindutse amarira. Mu kiganiro ubuyobozi bw’uyu mujyi bwagiranye n’Abanyamakuru bwerekanye ko umwaka wa 2023 […]
Fayulu arashinja CENI gutegura imvururu zigiye kuba muri DRC
Akimara gutora, umukandida mu matora ya Perezida muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Martin Fayulu yemeje ko muri iki gihugu hagiye kuba imvururu kandi ko zateguwe na Perezida wa Komisiyo y’Amatora. Fayulu watoreye i Kinshasa yavuze ko uko ibintu byifashe muri DRC kuri uyu munsi w’Amatora bigaragaza ko nta kabuza hagiye kuba imvururu ndetse ko […]
Fayulu avuga ko Tshisekedi na perezida Kagame ari inshuti
Martin Fayulu uri mu bakandida bahatanira kuzayobora igihugu cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yabwiye abamushyigikiye ko kuba Perezida wa DRC, Felix Tshisekedi umaze iminsi yibasira perezida Paul Kagame w’u Rwanda biri mu rwego rwo kujijisha no kurangaza Abanyekongo. Felix Tshisekedi nawe uri kwiyamamaza aho agiye hose nawe yibasira u Rwanda na Perezida warwo, ibiheruka […]
Pasiteri Ezra Mpyisi arifuza gupfa
Umukambwe Pasiteri Ezra Mpyisi uri mu bavugabutumwa bakunzwe cyane mu Rwanda arifuza kwipfira nyuma yo kumara amezi agera kuri atandatu mu buribwe butamworoheye. Uyu Musaza ubwe niwe witangarije ko gupfa ari byo yifuza n’ubwo ngo abamukunda bo batanezezwa n’iyo nkuru biramutse bibaye. Ibi akaba yabigarutseho mu butumwa bwanyujijwe ku muyoboro wa YouTube wamwitiriwe ubwo yanyomozaga […]
Nta banga ririmo u Rwanda na DRC harimo agatotsi, byaba byiza Agahenge gakomeje — Alain Mukurarinda
Guverinoma y’u Rwanda yifuza ko agahenge k’amasaha 72 katangajwe na Leta zunze ubumwe z’Amerika mu burasirazuba bwa Congo muri Kivu ya Ruguru ahari imirwano hagati y’umutwe wa M23 n’ingabo z’icyo gihugu zifatanyije n’iz’Uburundi hamwe n’indi mitwe yaziyunzeho kakomeza. Ni agahenge katangajwe na Leta zunze ubumwe z’Amerika, kagombaga kurangira kuri uyu wa 14 Ukuboza 2023 saa […]
Dr Ngirente yasabye abashinjacyaha ba gisirikare kurinda icyahungabanya ubusugire bw’Igihugu
Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda, Dr Edouard Ngirente yasabye abashinjacyaha bashya ba gisirikare kuzakora inshingano zabo bita cyane ku kwihutisha dosiye bagezwaho, gukumira ruswa ndetse no gukumira ikintu cyose cyahungabanya ubusugire bw’Igihugu. Ni abashinjacyaha bane barahiriye izo nshingano nyuma y’uko bashyizweho n’Inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa 13 Nyakanga 2023. Barimo Lt. Col. Jean Bosco Kamirindi, Lt. […]
Rurambikanye hagati ya Twirwaneho ihanganye Wazalendo Yakutumba, Bishambuke, FDLR Hamida
Kuva mu masaha ya saa kumi z’igitondo cyo kuri uyu wa 12 Ukuboza 2023 hatangiye imirwano ikaze yatangiwe n’igitero simusiga kigizwe n’ihururiro ry’imitwe irimo Wazalendo Yakutumba, Bishambuke, Abarundi ndetse na FDLR Hamida bagabye igitero ku mutwe wa Twirwaneho. Twirwaneho ni umutwe witwaje intwaro uvuga ko urwanira uburenganzira bw’Abanyekongo bo mu bwoko bw’Abanyamulenge. Ubarizwa mu Ntara […]
Tshisekedi azutse yakora Opozisiyo yo kurwanya umuhungu we bapfa FDLR
Abatuye mu gihugu cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ntibazibagirwa Nyakwigendera Etienne Tshisekedi wa Mulumba, uyu niwe washinze anaba umuyobozi w’Ishyaka rya UDPS (Union for Democracy and Social Progress) mu mwaka wa 1982, ni we se wa perezida Felix Antoine Tshisekedi uyobora icyo gihugu kuri ubu. Etienne Tshisekedi azwiho kuba yarabaye umunyapolitiki utavuga rumwe n’ubutegetsi […]
Bamwe mu bafashe telefone za ‘Macye Macye’ baratabaza
Bamwe mu baturage bafashe amatelefone ku nguzanyo zizwi nka ‘Macye Macye’ zitangwa na kampani ya “Intelligra” barasaba Leta guhagarika iyi kampani ikabanza igakemura ibibazo biri mu mikorere yayo bituma bibwa amafaranga, abandi bagafungirwa izo Telefone ndetse bakanahora basiragizwa ku cyicaro cy’iyi kampani. Abaganiriye na televiziyo ya BTN TV bagaragaye mashusho iyi televiziyo yashyize ku rukuta […]
Moà¯se Katumbi yise abo bahanganye Abatalibani b’Abanyabwoba

Moise Katumbi uri mu bakandida bahatanira kuyobora igihugu cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yise abo bahanganye muri aya matora ‘Abahezanguni b’Abatalibani’ barangwa no kubeshya abo bayobora yemeza ko akabo kashobotse kuko azabatsinda mu matora. Ubusanzwe Abatalibani ni abategetsi b’Igihugu cya Afghanistan, bazwiho kuba ari abanyagitugu bakanagendera ku matwara akaze y’Idini ya Islam. Ibihugu byinshi […]
Urukiko rwanzuye ko Umunyamakuru Nkundineza Jean Paul afungwa by’agateganyo
Urukiko rw’ibanze rwa Nyarugenge rwafashe icyemezo ku rubanza rw’Umunyamakuru, Jean Paul Nkundineza uregwa ibyaha byo gutukanira mu ruhame, guhohotera uwatanze amakuru ku byaha, gukoresha ibikangisho no gutangaza amakuru y’ibihuha. Isomwa ry’uru rubanza rufite amapaji icyenda (9) ku ifungwa n’Ifungurwa ry’agateganyo ryari riteganyijwe kuri uyu wa 07 Ugushyingo 2023 saa munani ariko ryaje kwimurirwa isaha rishyirwa […]
Uganda: Umupolisi yirukanywe azira gusambanya umugore aje kurega umugabo we
Igipolisi cyo mu gihugu cya Uganda cyategetse abaturage kujya bagira amakenga mu gihe bakiriwe n’Umupolisi badahuje igitsina, ni nyuma y’uko hari umupolisi wirukanywe mu kazi ahita anatabwa muri yombi akurikiranyweho gusambanya ku gahato umugore wari waje gutanga ikirego cyo guhohoterwa n’umugabo we. Ikinyamakuru cya The Monitor kiratangaza ko umupolisi wari ushinzwe ishami rya CID kuri […]
MINUBUMWE yatanze impuruza ku rubyiruko rukomeje kugirwa ingazwa z’amateka
Minisiteri y’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, MINUBUMWE, iravuga ko urubyiruko rw’u Rwanda rwugarijwe n’ikibazo cyo kutamenya amateka y’Igihugu bitewe no kutayigishwa cyangwa kuyigishwa n’abayagoreka, ibintu iyi minisiteri ibona nk’imbogamizi mu rugendo rw’Ubumwe n’Ubwiyunge bw’Abanyarwanda. Byagarutsweho na minisitiri wa MINUBUMWE, Dr Bizimana J Damascene mu ijambo yagejeje ku bitabiriye ihuriro rya 16 rya Unity Club Intwararumuri agaragaza […]
Hatangiye icyiciro cya 2 cy’Intambara, ibyo wamenya ku gitero karundura cyo ku butaka bwa GAZA

Minisitiri w’Intebe wa Isiraheli Benjamin Netanyahu yemeje ko ingabo ze zinjiye mu Ntara ya Gaza mu gitero abona nk’ikizamara iminsi myinshi ariko nanone ngo cyiteguwe neza ku ruhande rw’iki gihugu cy’inshuti y’Amerika. Ingabo z’Abanya-Isiraheli ku buryo budasubirwaho zinjiye muri Gaza kuri uyu wa 29 Ukwakira 2023 nyuma y’ibyumweru bitatu ziryamiye amajanja ku mupaka w’igihugu cyazo […]
Minisitiri Marizamunda yagaragaje uko magendu ari ikibazo ku mutekano
Minisitiri w’Ingabo z’u Rwanda, Juvenal Marizamunda yagaragaje uko ubucuruzi butemewe n’amategeko (magendu) atari ikibazo ku iterambere ry’igihugu gusa ko ahubwo bushobora no kuba imbogamizi ku mutekano w’igihugu asaba abaturage kubwirinda. Yabigarutseho ubwo yari mu muhango wo gushimira abasora neza bo mu Ntara y’Amajyaruguru ku wa 28 Ukwakira 2023 aho yasabye abikorera bo muri iyi ntara […]
Isomwa ry’urubanza rwa Dr Kayumba ryasubitswe
Urukiko Rukuru rw Kigali rwasubitse isomwa ry’Urubanza rwa Dr Kayumba Chriistopher rwagombaga gusomwa kuri uyu wa 26 Ukwakira 2023. Ntihigeze hatangazwa impamvu z’iryo subikwa. Ikinyamakuru cya The Chronicles cyatangaje kuri X ko amakuru y’iri subikwa yamenyekanye binyuze mu butumwa urukiko rwashyize mu buryo bw’ikoranabuhanga rya IECMS busanzwe bwifashishwa n’inkiko. Muri ubwo butumwa Urukiko rukuru rwamenyesheje […]
Urubanza rwa Dr Kayumba Christopher rugiye gusomwa
Urukiko rukuru rwa Kigali rugiye gufata umwanzuro ku rubanza ubushinjacyaha buregamo Dr Kayumba Christopher wahoze ari umwarimu muri Kaminuza kuri ubu ukurikiranyweho ibyaha byo gusambanya ku gahato abagore. Ni urubanza uru rukiko rwaburanishije mu bujurire ku wa 18 Nzeri 2023 rukazasomwa ejo ku wa 26 Ukwakira 2023. Ubushinjacyaha bwari bwarajuriye nyuma yo kutanyurwa n’icyemezo cy’Urukiko […]
Kigali: Inyubako ya Ecobank yafashwe n’inkongi y’umuriro
Inyubako ikorerwamo n’icyicaro gikuru cya banki ya ‘Ecobank’ ishami ry’u Rwanda mu mujyi wa Kigali yibasiwe n’inkongi y’umuriro mu masaha ya mbere ya saa sita zo kuri uyu wa 24 Ukwakira 2023. Amashusho yagaragaye ku mbuga nkoranyambaga yerekana iyi nyubako kuri etaje yo hejuru hapfupfunyuka imyotsi myinshi ndetse hanze y’inyubako hagaragara abantu benshi bashungereye. Ubwo […]
Ibyo twamenye ku rubanza rwa Gakire Fidele ushobora kuba yaribeshye ku mwaka
Amakuru yacicikanye mu bitangazamakuru byo mu Rwanda yavugaga ko umunyamakuru, Uzabakiriho Gakire Fidele yagombaga kuburanishwa ku itariki ya 23 Ukwakira 2023 mu rukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge ariko birangira atanagejejwe ku rukiko. Abatangaje aya makuru bavuze ko uyu Gakire ari we ubwe wabibibwiriye ubwo bari bamusuye kuri Gereza ya Nyarugenge iri i Mageragere ariko byaje gutungurana […]
Munyankindi wa FERWACY yavuze ko ibyaha aregwa byari mu myanzuro ya Federasiyo
Munyankindi Benoà®t wari umunyamabanga mukuru w’Ishyirahamwe ry’umukino w’amagare mu Rwanda (FERWACY) yabwiye urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge ko ibyaha aregwa ntabyo yakoze kuko ibikorwa yakoze byari mu myanzuro ya Federasiyo. Ibi Munkankindi yabigarutseho mu rubanza ku ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo mu rukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge mu bujurire kuri uyu wa 23 Ukwakira 2023 aho yanavuze ko nta […]
Iran yateguje Israel n’Amerika intambara k’uburasirazuba bwo hagati bwose
Leta ya Iran yeruriye Igihugu cya Isiraheli ikibwira guhagarika intambara kuri HAMAS bitaba ibyo muri kariya gace k’Uburasirazuba bwo hagati hakarota intambara karundura.Iran kandi yavuze ko uyu muburo unareba igihugu cya Amerika gikomeje gutanga inkunga kuri Isiraheli. Byatangajwe na Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga wa Iran, Amir-Abdollahian mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru i Tehran muri Iran ku wa […]
Perezida Kagame yagize isabukuru y’Amavuko

Kuri uyu wa 23 Ukwakira 2023, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yagize isabukuru y’amavuko yuzuza imyaka 66 y’ubukuru. Umukuru w’Igihugu cy’u Rwanda yavuze ku bw’umwami Mutara III Rudahigwa ku itariki nk’iyi mu 1957. Yavukiye muri Tambwe ho mu karere ka Ruhango k’ubu mu ntara y’Amajyepfo y’u Rwanda. Perezida Kagame ariko ntiyakuriye mu Rwanda […]
ISIRAHELI yateguje IRAN intambara karundura izahanagura abashehe babo ku isi

Guverinoma ya Isiraheli yatanze gasopo ku gihugu cya Iran igihamiriza ku ikosa rimwe umutwe wa Hezbollah uzakora rizahita rituma Iran ijya mu kaga gakomeye cyane ndetse abayobozi b’iby’Idini bo muri Iran bakazahita bahanagurwa ku isi. Isiraheli yagereranyije igihugu cya Iran nk’umutwe w’inzoka ku baterabwoba ba Hezbollah, ivuga ko Hezbollah n’iyibeshya ikabatera bizazanira akaga Iran yose […]
Yamen Zalfani watozaga Rayon Sport yikomye itangazamakuru

Nyuma yo gusezera kuri Rayon Sport mu buryo bwavuzwe ko impande zombi zumvikanyeho, Yamen Zelfani watozaga Gikundiro yikomye itangazamakuru ryo mu Rwanda arishinja gukorana ubunyamwuga buke ryishakira gukurura abarikurikira. Zelfani yaseye kuri Rayon Sport nyuma yo kwibasirwa n’abafana b’iyi kipe bamushinja kuba intandaro y’umusaruro muke iyi kipe yari ikomeje kubona, hari nyuma yo kunganya na […]
Instagram yasabye imbabazi nyuma kwita abanyapalestine Abaterabwoba
Sosiyete y’ikoranabuhanga ya Meta yasabye imbabazi abakoresha urubuga rwayo rwa Instagram baherutse kwisanga uru rubuga ruvuga ko ari ibyihebe bikora iterabwoba. Kuva aho intambara yuburiye hagati ya Israel na HAMAS ku mbuga zitandukanye za Instagram cyane cyane iz’abantu bakomoka muri Palestine hagaragaye ko urwo rubuga rusobanura bamwe mu bakomoka muri Pelestine nk’ ‘Abaterabwoba’. Abantu bageragezaga […]
Gabon: Gen. Nguema yanze umushahara ugenerwa perezida
Umuyobozi w’igihugu cya Gabon by’agateganyo, Gen Brice Oligui Nguema, yatangaje ko nta mushahara ugenerwa abakuru b’Igihugu ashaka ko azakomeza gufata umushahara y’ahabwaga mbere y’uko ahirika ubutegetsi bwa AlI Bongo Ondimba. Mbere yo guhirika ubutegetsi bwa Bongo muri Kanama 2023, Gen Brice Oligui Nguema yari asanzwe ari umuyobozi w’Abasirikare barinda umutekano wa perezida n’abandi bayobozi bakuru. […]
Mohamed Bazoum n’umuryango we bafatiwe mu cyuho batoroka igihugu

Itsinda ry’abasirikare bahiritse ku butegetsi Perezida Mohamed Bazoum muri Niger ryatangaje ko uyu mugabo yafatiwe mu cyuho agerageza gutoroka igihugu abifashijwemo na bamwe mu bashinzwe umutekano muri icyo gihugu. Bazoum yahiritswe ku butegetsi ku wa 26 Nyakanga 2023, kuva icyo gihe byatangajwe ko abasirikare bamuhiritse ku butegetsi bamufungiye iwe mu rugo, gusa kuri ubu hari […]
FERWAFA yiswe igisebo ku gihugu, Guverinoma isabwa kugira icyo ikora

Abanyarwanda bakomeje kwamagana Ishyirahamwe ry’umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) barishinja imikorere mibi, ni nyuma y’aho mu itangazamakuru hagaragaye abana ubu bamaze kuba babiri bavuga ko bari batsindiye kujya muri muri Academy ya Bayern Munich mu Rwanda ariko bakamburwa amahirwe yabo mu buryo bita ubw’amaherere. Abantu batandukanye kuri Twitter bakomeje kugaragaza ko imikorere y’iri shyirahamwe idahwitse […]
Abadepite batabarije abaturage bashobora kuzakanguka bakisanga mu rwobo
Abagize inteko ishinga amategeko y’u Rwanda bagaragaje ko hatagize igikorwa hari abaturage bashobora kuzahura n’akaga gatewe n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro na kariyeri bukorwa mu buryo mu kajagari butanubahiriza amategeko. Izi ntumwa za rubanda zabwiye umuvunyi mukuru ko hakwiye kugira igikorwa mu rwego rwo gushyira ku murongo ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro kuko uko bimeze kuri ubu harimo amakosa […]
Depite Niyorurema yagaragaje icyuho cya ruswa mu myubakire ya za sitasiyo
Niyorurema Jean René ntashira amakenga uburyo mu Rwanda hakomeje kubakwa sitasiyo za lisansi nyinshi zitubahirije amabwiriza bikabangamira abaturage. Iyi ntumwa ya rubanda iravuga ko muri ibi bikorwa hashobora kuba hari icyuho cya ruswa igasaba urwego rw’umuvunyi guhagurukira iki kibazo. Byagarutseho kuri uyu wa 18 Ukwakira 2023 ubwo urwego rw’umuvunyi rwagezaga ku nteko Inshinga amategeko raporo […]
Abajihadiste: ‘Nitwe tuharashe se?’ Amajwi n’Amashusho birengera Israel ku rupfu rw’abarenga 500

Ku wa 17 Ukwakira 2023 nibwo hamenyekanye amakuru avuga ko igisirikare cya Israel (IDF) cyarashe igisasu ku bitaro bya Al-Ahli Baptist cyahitanye abantu barenga 500 biganjemo abagore n’abana bavurirwaga muri ibyo bitaro ndetse n’abaganga bitaga ku barwayi muri ibi bitaro biherereye mu gace ka Gaza Strip. Mu minota mike nyuma y’uko kiriya gisasu kiraswa ku […]
Nyagatare: Umuyaga udasanzwe usize abaturage mu ruhuri rw’ibibazo
Abaturage bo mu murenge wa Rwimiyaga mu karere ka Nyagatare bari mu kaga nyuma y’uko umuyaga udasanzwe wabibasiye ugasambura inzu zabo ndetse ukanabatwara bimwe mu bikoresho byo mu ngo. Ubuyobozi bwemeje ko kuri ubu inzu 55 ari zo zimaze kwemezwa ko zasenywe n’uyu muyaga. Abaturage bibasiwe cyane n’uyu muyaga wo ku wa 18 Ukwakira 2023 […]
Abatangabuhamya 40 biteguye gushinja Micomyiza usaba kugera kuri FPR-Inkotanyi
Ubushinjacyaha bwabwiye urugereko rw’Urukiko Rukuru rushinzwe kuburanisha ibyaha mpuzamahanga n’ibyambukiranya imbibe ruri i Nyanza ko bufite abatangabuhamya 40 biteguye gushinja Micomyiza J Paul, ni mu gihe uruhande rumwunganira rwo ruvuga ko rugifite imbogamizi zo kugera ku bimenyetso bimushinjura birimo ikiri ku cyicaro cy’Umuryango wa FPR Inkotanyi n’ikiri kuri MINUBUMWE. Micomyiza J Paul yoherejwe mu Rwanda […]
Hari gutekerezwa uko ibagiro rya Rugano Meat Supply ryakwimurwa
Minisiteri y’ubucuruzi n’inganda (MINICOM) yatangaje ko hari gutekerezwa uko ibagiro rya Rugano Meat Suply riherereye mu karere ka Gasabo ryakwimurwa nyuma y’uko abaturage barisatiriye cyane. Ibi byatangajwe na minisitiri wa MINICOM, Dr Ngabitsinze Jean Chrysostome ubwo yasobanuriraga Abadepite icyo minisiteri ayobora iri gukora mu gukemura ibibazo bitandukanye ubugenzuzi bwerekanye ko byugarije amwe mu mabagiro yo […]
Impamvu Abashinwa bifashe ku ntambara ya Isiraheli na HAMAS
Igihugu cy’Ubushinwa kugeza ubu nta ruhande na rumwe kibogamiyeho mu mpande zihanganye mu ntambara ya Israel na Palestine, ni mu gihe iki gihugu ubusanzwe kizwiho kuba gikunda gushyigikira uruhande Amerika yanze. Mu busesenguzi bwabo, Abashinwa nibo basigaye mu bihugu bikomeye katarafata uruhande ku birebana n’intambara ikomeje hagati ya Israel na HAMAS yo muri Palestine ndetse […]
Inzara ishobora kubahitana, Impunzi zo mu Rwanda ziratabarizwa
Ishami ry’umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi (UNHCR) ryamenyesheje Leta y’u Rwanda ko ryahagaritse zimwe muri serivise z’ibanze ryageneraga impunzi ziri mu Rwanda biturutse ku igabanuka ry’amikoro. Newtimes yanditse ko byatangajwe n’Umunyamabanga wa Leta y’u Rwanda muri minisiteri ishinzwe ibikorwa by’Ubutabazi (MINEMA), Habinshuti Philippe, ubwo yari mu kiganiro cyateguwe na minisiteri y’ububanyi n’amahanga n’ubutwererane y’u Rwanda […]
Ngoma: RIB yafatiye mu cyuho Abayobozi babiri bakira ruswa
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko rwafunze abayobozi babiri bo ku rwego rw’akarere ka Ngoma nyuma yo kubafatira mu cyuho bakira ruswa. Abafatiwe mu cyuho kuri uyu wa 14 Ukwakira 2023 ni Mutembe Tom, wari Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akarere ka Ngoma na Mutabazi Célestin wari Umuyobozi ushinzwe ishami ry’ibikorwaremezo n’ubutaka muri ako Karere (One Stop Center). […]
Uburayi bwisanze mu kaga, Impamvu nyamukuru Ubwongereza bushaka kohereza abimukira i Kigali
Muri iyi minsi igihugu cya Isiraheli gihanganye mu ntambara n’umutwe wa HAMAS, muri ibyo bihugu byombi hari intambara y’amasasu ariko mu Burayi hafi ya bwose imvururu zikomeje kwiyongera. Intambara iri muri Gaza na Israel ariko mu Bufaransa igipolisi nticyemerewe gusinzira kuko kiri mu kazi gakomeye gihanganye n’abashyigikiye Palestine cyane Israel. Mu murwa mukuru wa Parisi […]
Urukiko Rukuru rwahamije Prince Kid icyaha cyo gusambanya abakobwa ku gahato
Kagame Ishimwe Dieudonne uzwi nka Prince Kid wateguraga amarushanwa ya Miss Rwanda yahamijwe ibyaha byo gusambanya ku gahato bamwe mu bakobwa bitabiraga aya marushanwa mu rubanza rwari mu bujurire mu Rukiko Rukuru rwa Kigali. Prince Kid wari waragizwe umwere n’urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge kuri uyu wa 13 Ukwakira 2023 Urukiko rukuru rwa Kigali rwamuhamije ibyaha […]
VIDEO: Mwitondere ibyo muvuga kuri Israel, Iyi restora izize gusebya mukecuru Gina wishwe na HAMAS
Mukecuru Gina Smiatich yishwe na HAMAS mu bantu biciwe mu gitero cyo ku isabato. Yari afite imyaka 90 akaba n’umwe mu bantu barokotse jenoside yakorewe Abayahudi. Mu kumwica, Umurwanyi wa HAMAS yamusanze mu ihema yari yahungiyemo amujyana mu rugo rwe yari atuyemo mu gace kitwa ‘Kibbutz Kissufim’ arangije amutegeka gupfukama hasi ahita amurasa isasu mu […]
Hari uguterana amagambo hagati ya Israel na LONI ku basivile bakomeje gupfa
Ibihugu by’amahanga ndetse n’Imiryango irengera uburenganzira bwa muntu yakomeje konsa igitutu Leta ya Isiraheli ku bikorwa byayo muri Gaza biri kwibasira abasivile bituma igisirikare cya Isiraheli giha umuryango w’Abibumbye amasaha 24 yo kwimura abo basivile n’ubwo uyu muryano wabifashe nk’amananiza. Ibi Isiraheli ibitangaje mu gihe ikomeje kwitegura igitero cyo ku butaka kizakorwa n’Abasirikare bazinjira muri […]
Padiri Nahimana Thomas yemeje ko aziyamamaza muri 2024
Padiri Nahimana Thomas aratangaza ko ari umwe mu bakandida bazahatana ku mwanya wa perezida w’u Rwanda mu matora ya 2024, mu matora aheruka ya 2017 nabwo yari yabitangaje ariko ntiyabikora. Uyu mugabo ubarizwa mu gihugu cy’Ubufaransa yari aherutse kumvikana ku mbuga nkoranyambaga avuga ko akubutse mu gihugu cya Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo aho ngo […]
Meteo yateguje abari mu Rwanda imvura idasanzwe
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe ubumenyi bw’Ikirere (Meteo Rwanda) kiratangaza ko mu Rwanda hateganyijwe kugwa imvura idasanzwe mu minsi icumi yo guhera ku wa 11 Ukwakira 2023. Iki kigo kiravuga ko iyi mvura izagwa mu minsi iri hagati y’ine n’irindwi izaba iri ku gipimo cya milimetero hagati ya 30 na 150, iki kikaba ari igipimo kiri hejuru […]
Urubuga rwa X/twitter rushobora gufungwa mu masaha 48 muri EU
Urubuga rwa X rwahoze rwitwa ‘Twitter’ rw’umuherwe Elon Musk rushobora gukumirwa mu bihugu bigize umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi (EU) kubera ibikomeje kurunyuzwaho harimo n’ibijyanye n’Intambara iri hagati ya Isiraheli na HAMAS. Ibaruwa yo ku wa 10 Ukwakira 2023 yandikiwe Elon Musk yashizweho umukono n’uwitwa Thiery Brenton, akaba ari komiseri wa EU ushinzwe ubucuruzi bw’imbere mu bihugu […]
Thiery Froger wa APR FC yaba agiye gukurikizwa Yamen wa Rayon Sports
Ubuyobozi bw’ikipe ya APR FC bwaba buri gutekereza ku kwirukana umutoza mukuru w’iyi kipe Thiery Froger ukomeje kutabonera itsinzi muri iyi kipe y’ingabo z’u Rwanda. Ni nyuma y’uko iyi kipe yanganyije na Bugesera FC 1-1, iyi ikaba ari inshuro ya kabiri anganyije muri Shampiyona nyuma y’uko baherukaga no kunganya na Marine FC 2-2 mbere yo […]
Umugabo w’Ambasaderi wa Israel mu Rwanda yamusize mu marangamutima n’amasengesho
Mu marangamutima menshi, Ambasaderi wa Israel mu Rwanda yasezeye ku mugabo we wagiye ku rugamba gufasha igisirikare cy’igihugu cye mu ntambara gihaganyemo n’ibyihebe bya HAMAS. Israel iri mu ntambara kuva ku wa 07 Ukwakira 2023, ni intambara yatangiye nyuma y’uko mu gitondo cy’uwo munsi ibyihebe bya HAMAS byagabye igitero simusiga binyuze mu mazi, ku butaka […]
Bombori bombori muri RNC, Kayumba Nyamwasa na muramu we barahigana bukware
Mu ihuriro rya RNC rirwanya ubutegetsi bw’u Rwanda haravugwa amakimbirane akomeje gufata intera, ubutegetsi bw’iri huriro bwirukanye abayobozi baryo barimo n’usanzwe ari muramu wa Kayumba Nyamwasa warashinze. Itangazo ryashyizweho umukono n’uwitwa Jerome Nayigizigi, akaba umuhuzabikorwa w’iri huriro, rivuga amazina y’abayoboke b’iri huriro batandatu bari no mu buyobozi bwaryo bahagaritswe by’agateganyo ngo bitewe no “Kwigomeka ku […]
Imibonano mpuzabitsina, Mugabo dore ibyo wamenya ku gihe nyacyo cyo kurangiza
Kimwe mu bibazo abagabo bakunze kwibaza ni ibijyanye n’igihe gikwiye umugabo aba akwiye kumara akora imibonano mpuzabitsina mbere y’uko arangiza, abenshi baterwa impungenge n’iminota bamara muri iki gikorwa bitewe no gukeka ko bashobora kugawa n’abagore nko mu gihe baba bamaze iminota mike cyane. Igitangaje muri byose ni uko kunyurwa k’umugore bidaterwa n’umwanya umugabo amara mu […]
Intambara ya Israel na HAMAS, agatego Vladimir Putin yateze Amerika n’isi yose
Hari impungenge ko mu gihe isi ikirangariye ku biri kubera muri Israel na Palestine ishobora kuzajya kwigarura isanga Putin w’Uburusiya ageze kure umugambi we wo kwiyomekaho Ukraine. Hari abasesenguzi bakurikiranira hafi ibikomeje kubera mu Burayi no mu burasirazuba bwo hagati babona ko kuba ibihugu bikomeye nka Amerika, Ubwongereza, Ubufaransa n’ibindi muri iyi minsi birangajwe no […]