Komanda w’ingabo za EAC zikorera mu burasirazuba bwa RDC yagiye i Kinshasa

Umunyakenya uyobora ingabo ziri mu butumwa bw’amahoro bw’umuryango wa Afurika y’iburasirazuba muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo, Lt Gen. Jeff Nyagah, yagiye mu murwa mukuru w’iki gihugu, Kinshasa. Ikinyamakuru ActualitĂ© cyatangaje ko Lt Gen. Nyagah yageze i Kinshasa kuri uyu wa 29 Ukuboza 2022, yakirwa na Perezida FĂ©lix Tshisekedi mu biro bye. Lt Gen. Nyagah […]

Leta ya RDC ikeneye abasirikare bashya ibihumbi 350

Guverinoma ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) yatangaje ko hakenewe abasirikare bashya ibihumbi 350 bazafasha bagenzi babo kurinda igihugu. Bikubiye mu mushinga mushya Minisitiri w’ingabo wa RDC, Kabanda Gilbert, yagejeje kuri bagenzi be bagize guverinoma tariki ya 27 Ukuboza 2022. Kabanda yasobanuye ko ashingiye ku batuye muri RDC babarirwa muri miliyoni 100, ibihumbi 150 […]

Ndayishimiye yahishuye uko umuntu ukomeye yari yaramuzengereje mbere y’uko amufatira icyemezo

Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yahishuye uko umuntu utaravugirwagamo yari yaramuzengereje mbere y’uko amufatira icyemezo gikomeye muri uyu mwaka w’2022. Ubwo yasozaga umunsi wa gatatu w’amasengesho yo ku rwego rw’igihugu kuri uyu wa 28 Ukuboza 2022, Ndayishimiye yavuze ko Satani yari yaratumye uyu muntu kuboha igihugu, bigera aho uyu Mukuru w’Igihugu abura yigira inama yo […]

RDC ntiyemera ko indege y’intambara yayo yavogereye ikirere cy’u Rwanda

Ubutegetsi bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) bwatangaje ko nta ndege y’intambara y’igisirikare cyayo yavogereye ikirere cy’u Rwanda kuri uyu wa 28 Ukuboza 2022. Ni amakuru ahabanye n’ayatanzwe n’Umuvugizi wa guverinoma y’u Rwanda, watangaje ko indege yo mu bwoko bwa Sukhoi-25 yavogereye ikirere cy’igihugu ahaherera mu kiyaga cya Kivu ahagana saa sita z’amanywa y’uyu […]

Mbappé yavuze ku muzamu wa Argentina washinyaguriye ifoto ye, yishimira igikombe

Rutahizamu w’ikipe y’u Bufaransa na Paris Saint Germain, yavuze make ku muzamu w’iya Argentina, Emiliano Martinez, washinyaguriye ifoto ye ubwo yishimiraga igikombe cy’Isi we na bagenzi be bari bamaze kwegukana. Ikipe ya Argentina yatwaye igikombe cy’Isi tariki ya 20 Ukuboza nyuma yo gutsindira iy’u Bufaransa kuri penaliti. Iminota 120 irimo agace k’inyongera (extra-time) yari yarangiye […]

Undi mudepite uvugwaho ubusinzi yeguye

Umudepite wari uhagarariye urubyiruko mu nteko ishinga amategeko y’u Rwanda witwa Kamanzi Ernest yeguye kuri iyi nshingano. Kamanzi yagejeje ku Nteko ubwegure bwe kuri uyu wa 28 Ukuboza 2022, asobanura ko yeguye ku mpamvu ze bwite, ndetse ashimira abo bari bahuje inshingano. Ariko kandi, Kamanzi avugwaho gufungirwa mu karere ka Huye mu minsi ishize, azira […]

U Burusiya bwatangaje ko bwasenye imbunda zirasa roketi na misile za Ukraine zirenga 1300, butwika indege zirenga 500

Ingabo z’u Burusiya zatangaje ko kuva zatangira ibikorwa byihariye muri Ukraine muri Gashyantare 2022, zimaze gusenya imbunda z’igisirikare bahanganye zirasa roketi n’izirasa misile zirenga 1300, no guhanura indege zirenga 500. Byatangajwe n’Umuvugizi wa Minisiteri y’ingabo, Lt Gen. Igor Konashenkov, muri raporo y’umwaka yagejeje ku Barusiya tariki ya 27 Ukuboza 2022, nk’uko byemezwa n’ibiro ntaramakuru TASS. […]

RDC: Imitwe yitwaje intwaro yiyemeje gukora Brigade yihariye izajya irinda imipaka

Ihuriro ry’imitwe yitwaje intwaro ikorera mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru irimo CMC, APCLS, ANCDH, NDCR na FPP ryatangaje ko rigiye gukora burigade (Brigade) yihariye izajya irinda imipaka ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo. Umuvugizi w’iri huriro, Jules Mulumba, mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru ku wa 27 Ukuboza 2022, yasobanuye ko iyi burigade itazaba ishamikiye ku ngabo […]

Gasabo: Pasiteri uvugwaho gushaka kugurisha urusengero no gutera inda abakobwa yikomye itangazamakuru

Itangazo ryamamaza igurishwa ry'uru rusengero

Umushumba Mukuru w’Itorero Ebenezer, Rev. Past. Nkundabandi Jean DamascĂšne yikomye itangazamakuru nyuma yo kubazwa ku makuru avugwaho yo gushaka kugurisha urusengero ruherereye i Kagugu mu karere ka Gasabo no gutera abakobwa inda. Ku mbuga nkoranyambaga hamaze iminsi hazenguruka ifoto y’itangazo ryamamazaa igurishwa ry’uru rusengero, rigira riti: “Urusengero rugurishwa Kagugu million 400 FRW. Ni runini kuko […]

Koreya y’Epfo yatangaje ko itazatinya intwaro kirimbuzi za Koreya ya Ruguru, niyongera gushotorwa

Perezida wa Koreya y’Epfo, Yoon Suk-yeol yamenyesheje Koreya ya Ruguru ko bazahangana n’iki igihugu kiri mu majyaruguru badatewe ubwoba n’intwaro za kirimbuzi gifite. Yoon yabitangaje ku wa 27 Ukuboza 2022, nyuma y’aho ingabo za Koreya ya Ruguru zohereje mu kirere kitagomba kuvogerwa utudege duto tutagira abapilote dutanu, byaketswe ko twari mu gikorwa cy’ubutasi. Ingabo za […]

Ba Minisitiri batatu beguye, bayoboka MoĂŻse Katumbi

Ba Minisitiri batatu beguye muri guverinoma ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) bayoboka umunyapolitiki MoĂŻse Katumbi uherutse gukura ishyaka ayoboye mu ihuriro Union SacrĂ©e rya Perezida FĂ©lix Tshisekedi. Abeguye ni: Christian Mwando wari Minisitiri w’igenamigambi, ChĂ©rubin Okende wari ushinzwe ubwikorezi na VĂ©ronique Kilumba wari ushinzwe ubuzima. Ubwegure bwabo babugejeje kuri Tshisekedi na Minisitiri w’Intebe, […]

Nyuma yo kwerekana ko atwite, Aline Gahongayire yerekanye umugabo we

Ifoto ya Gahongayire n'umugabo we, amubwira ko amukunda cyane

Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Aline Gahongayire, yerekanye umugabo we nyuma yo kwerekana ko atwite inda nkuru. Uyu muhanzi yari yabaye igitaramo ku mbuga nkoranyambaga kuri uyu wa 27 Ukuboza 2022 ubwo yari amaze kwerekana ifoto ye imugaragaza ko atwite, agateguza inkuru nziza mu gihe kiri imbere. Kuri iyi foto, Gahongayire yageretseho ubutumwa […]

Indege y’intambara ya RDC yongeye kuvogera ikirere cy’u Rwanda, iraswaho

Indege y’intambara y’igisirikare cya Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) ya Sukhoi-25 yongeye kuvogera ikirere cy’u Rwanda mu karere ka Rubavu. Amakuru yizewe agera kuri BWIZA avuga ko iyi ndege ivogereye ikirere cy’u Rwanda ahagana saa tanu n’igice z’amanywa y’uyu wa 28 Ukuboza 2022. Umwe mu baturage babonye iyi ndege yabwiye iki kinyamakuru ko ingabo […]

FARDC yongeye kwifashisha indege za Sukhoi mu mirwano yayo na M23

Igisirikare cya Repubulika ya Demukarasi ya Congo kizwi nka FARDC cyongeye kwifashisha indege z’intambara zizwiho kunyaruka, Sukhoi-25, mu mirwano zihanganyemo n’umutwe witwaje intwaro wa M23. Amakuru agera kuri BWIZA yemeza ko indege ebyiri za Sukhoi-25 zagaragaye mu kirere cyo mu mujyi wa Goma mu masaa yine zishyira saa tanu z’amanywa y’uyu wa 28 Ukuboza, zerekeza […]

Dr Mukwege yatangaje ko ‘yababajwe’ n’inkuru ya Dr Kimararungu wishwe yitegura ubukwe

Umuganga akaba n’Umunyepolitiki wo muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo, Dr Denis Mukwege, yatangaje ko yababajwe n’inkuru y’Umunyamulenge, Dr Kimararungu Merci, wishwe n’abarwanyi b’umutwe witwaje intwaro wa Mai Mai Bilozebishambuke. Dr Kimararungu yiciwe ku bitaro bya Bijombo mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru tariki ya 25 Ukuboza 2022, mu gitero abarwanyi ba Mai Mai bagabye no […]

Leta ya RDC ifunze abarimo Abanyarwanda 2 na Colonel w’Umunyekongo ibashinja kuba intasi z’u Rwanda

Ubutegetsi bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo bwatangaje ko hari Abanyarwanda babiri n’Abanyekongo babiri bafungiwe muri kasho z’urwego rushinzwe ubutasi (ANR), bakurikiranweho kuba intasi z’u Rwanda. Aya makuru yatangarijwe kuri televiziyo y’igihugu n’Umuvugizi w’igisirikare, Gen. Maj. Sylvain Ekenge Bomusa ku mugoroba w’uyu wa 27 Ukuboza 2022. Yari kumwe n’Umuvugizi wa Polisi na Minisitiri wungirije ushinzwe […]

Koreya y’Epfo mu gahinda nyuma yo kumara amasaha 5 ihiga indege z’iya Ruguru, ikabura n’imwe ihanura

Leta ya Koreya y’Epfo iri mu gahinda n’umuhangayiko nyuma y’aho ingabo zayo zimaze amasaha atanu zihiga utudege tutagira abapilote (drones) twa Koreya ya Ruguru twari twarenze agace katavogerwa, ariko zikabura na kamwe zihanura. Igisirikare cya Koreya y’Epfo gisobanura ko kuri uyu wa 26 Ukuboza, Koreya ya Ruguru yohereje utudege dutanu mu kirere ibihugu byombi bihuriyeho, […]

Medvedev wayoboye u Burusiya ‘yahanuye’ gusenyuka kwa EU no gucikamo ibice kwa USA

Umuyobozi Mukuru wungirije w’akanama k’u Burusiya gashinzwe umutekano akaba n’umwe mu bayoboye iki gihugu, Dmitry Medvedev, yahanuye gusenyuka k’umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi (EU) mu mwaka utaha no gucikamo ibice kwa Leta zunze ubumwe za Amerika (USA). Mu butumwa burebure yashyize kuri Twitter kuri uyu wa 26 Ukuboza 2022 bufite umutwe ugira uti ‘What can happen mu […]

Prof. Wajackoyah yaburiye abagabo ko bashobora kumera amabere, abagore bakamera ubwanwa

Umunyapolitiki wiyamamarije umwanya wa Perezida wa Kenya, Prof. George Wajackoyah, yaburiye abagabo ko bashobora kumera amabere, abagore bakamera ubwanwa, mu gihe barya ibiribwa by’ibituburano bizwi nka GMO. Leta ya Kenya iri gutekereza niba ishobora kwemera ko ibi biribwa byinjira mu gihugu, mu rwego rwo guhangana n’inzira imaze amezi menshi yibasira abatuye mu bice byinshi ikomoka […]

Dr Mukwege yitandukanyije n’umuryango wo mu Bibiligi yari abereye umuyobozi w’icyubahiro

Antonio Panzeri washinze Fight Impunity arafunzwe

Umuganga wubashywe wo muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC), Dr Denis Mukwege yitandukanyije n’umuryango yari abereye umuypbozi w’icyubahiro, Fight Impunity ufite icyicaro mu Bubiligi, mu gihe uri gukorwaho iperereza ku byaba bya ruswa. Uyu muryango urwanya umuco wo kudahana washinzwe muri Nzeri 2019 na Pier Antonio Panzeri wahoze ahagarariye u Butaliyani mu nteko ishinga […]

Abaharabika u Rwanda ni abatuye kure yarwo: Dr Awazi uyobora diaspora y’Abanyekongo

Dr Awazi Raymond uyobora Abanyekongo baba mu Rwanda avuga ko abo muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) baruharabika ari abatuye kure yarwo, by’umwihariko abakoresha imbuga nkoranyambaga. Uyu muganga ukorera bimwe mu bitaro byo mu Rwanda mu kiganiro yagiranye n’umunyamakuru wa Isango Star, yatangaje ko kuba igihugu akomokamo n’icyo atuyemo bitabanye neza, bitagomba gukuraho ubumwe […]

Dr Kimararungu wari uherutse gutangaza itariki y’ubukwe yishwe

Dr Kimararungu yari kuzakora ubukwe muri Werurwe 2023

Abarwanyi b’umutwe witwaje intwaro wa Mai Mai Bilozebishambuke bishe umuganga w’Umunyamulenge, Dr Kimararungu Merci, wari uherutse kumenyesha inshuti ze n’umuryango itariki y’ubukwe bwe. Umuryango Mahoro Peace Association uharanira uburenganzira bw’Abanyamulenge, kuri uyu wa 25 Ukuboza 2022 watangaje ko Dr Kimararungu yiciwe mu gitero Mai Mai yagabye ku bitaro bya Bijombo mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo. […]

Ingabo za Kenya zibarizwa muri EACRF ‘zashyizeho’ abayobozi muri Kibumba

Ingabo za Kenya ni zo ziri kurindira umutekano abo muri Kibumba

Ingabo za Kenya zibarizwa mu mutwe w’ingabo z’ibihugu bigize umuryango wa Afurika y’iburasirazuba ziri mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo, ziravugwaho gushyiraho abayobozi muri gurupoma ya Kibumba. Izi ngabo ziri mu mutwe uzwi nka EACRF zatangaje ko kuri uyu wa 25 Ukuboza 2022 zayoboye igikorwa cyo gucyura impunzi z’Abanyekongo zari zarahunze Kibumba ubwo […]

Ese koko imibonano mpuzabitsina ishobora guhagarika umutima?

Tariki ya 26 Nzeri 2020, mu gace ka Kamenge gaherereye mu murenge wa Nyakabanda, akarere ka Nyarugenge, humvikanye inkuru y’umugabo “wapfiriye mu maguru y’indaya” bari bararanye. Umugore bari bararanye yabwiye inzego z’ubuyobozi, iz’umutekano n’ubugenzacyaha ko bombi bakoze igikorwa ari muzima, ariko mu masaa kumi n’ebyiri y’igitondo cy’uwo munsi, atungurwa no kubona umukiriya we yapfuye. Mu […]

Icyo wamenya ku musirikare w’u Rwanda umaze iminsi agaragara mu mishyikirano ya Kibumba

Ubwo M23 yasubiraga inyuma ku mugaragaro, uyu musirikare w'u Rwanda yari ahari

Muri gurupoma ya Kibumba, teritwari ya Nyiragongo muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) hamaze iminsi habera imishyikirano yahuje abahagarariye umutwe witwaje intwaro wa M23, ingabo za Leta n’izo mu mutwe woherejwe n’umuryango wa Afurika y’iburasirazuba uzwi nka EACRF. Imishyikirano ya mbere yahuje izi mpande zose, hiyongereyemo n’urwego rw’akarere k’ibiyaga bigari rushinzwe umutekano wo ku […]

Colonel Nzenze abona nta ‘byacitse’ kuba M23 yakwambara impuzankano ya RDF

Colonel Nzenze yerekana ko akarindamasasu yambaye ak'ingabo z'u Rwanda

Colonel Nzenze Imani uyobora abarwanyi ba M23 bari barafashe gurupoma ya Kibumba yatangaje ko nta ‘byacitse’ kuba we na bagenzi be bakwambara impuzankano zirimo iz’igisirikare cy’u Rwanda kizwi nka RDF. Uyu musirikare yabivuze ashingiye kuri raporo zitandukanye zirimo izasohowe n’urwego rw’ubutasi rwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) ndetse n’impuguke z’Umuryango w’Abibumbye, ubwo yari mu […]

Ubuyobozi bwa APR FC buratekereza uko yajya itozwa n’Abanyarwanda gusa

Umuyobozi Mukuru wa APR FC, Lt Gen. Mubarakh Muganga, yatangaje ko bari gutekereza uburyo mu gihe kizaza iyi kipe yazajya itozwa n’Abanyarwanda gusa bayisobanukiwe. Uyu musirikare yabitangarije mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru nyuma yo gusangira iminsi mikuru na bo, anifuriza ikipe ayoboye umwaka mushya muhire, nk’uko urubuga rwayo rubisobanura. Lt Gen. Muganga yasobanuye ko impamvu batekereza […]

Karidinali Kambanda arasaba abifite gusangira Noheli n’abakene

Umukuru w’inama y’abepisikopi mu Rwanda, Antoine Karidinali Kambanda, arasaba abifite mu butunzi gusangira umunsi mukuru wa Noheli n’abakene, by’umwihariko. Karidinali Kambanda yabibasabiye mu butumwa bwa Noheli yatanze kuri uyu wa 24 Ukuboza 2022, habura amasaha make ngo umunsi nyirizina ugere. Yagize ati: “Noheli ni ubwitange kugira ngo bose tubasangize ku buzima, amahoro n’ibyishimo Kirisitu yatuzaniye. […]

KNC yatangaje ko nta kipe izongera gukura amanota kuri Gasogi United

Perezida wa Gasogi United, Kakoza Nkuriza Charles yatangaje ko nta kipe izongera gukura amanota kw’ikipe ye guhera mu mikino yo kwishyura (2nd leg) ya shampiyona y’icyiciro cya mbere cy’umupira w’amaguru. KNC [impine y’amazina ye], yabitangarije mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru, nyuma y’aho ikipe ye yatsinze Rayon Sports igitego kimwe ku busa (1-0), mu mukino ufunga igice […]

Nari nizeye ko Argentina izatwara igikombe cy’Isi na nyuma yo gutsindwa na Saudia Arabia: Lewandowski

Rutahizamu mu mupira w’amaguru ukinira ikipe y’igihugu ya Poland na FC Barcelona, Robert Lewandowski, yatangaje ko yari yizeye ko ikipe ya Argentina yagombaga gutwara igikombe cy’Isi na nyuma y’aho yari imaze gutsindwa umukino wa mbere w’amatsinda n’iya Saudi Arabia. Kuri uyu mukino wabaye tariki ya 22 Ugushyingo 2022, ikipe ya Saudi Arabia yatsinze iya Argentina […]

Tuzashaka umuti nihagira izindi ngabo zitari iza EAC zinjira muri Kibumba: Col. Nzenze wa M23

Umuyobozi w’abarwanyi b’umutwe witwaje intwaro wa M23 bari bafite ibirindiro muri Kibumba, Colonel Nzenze Imani, yatangaje ko nihagire izindi ngabo zitari iz’umuryango wa Afurika y’iburasirazuba, EACRF, zinjira muri aka gace, bazazishakira umuti. Col. Nzenze yabimenyesheje abanyamakuru ubwo yari mu muhango wo gushyikiriza ku mugaragaro EACRF ibirindiro bari bafite muri Kibumba, tariki ya 23 Ukuboza 2022. […]

FARDC yatanze impuruza nyuma y’aho abarwanyi ba M23 bavuye muri Kibumba

Igisirikare cya Repubulika ya Demukarasi ya Congo, FARDC, cyatanze impuruza nyuma y’aho abarwanyi b’umutwe witwaje intwaro wa M23 bavuye mu birindiro bari bafite mu gace ka Kibumba. Tariki ya 23 Ukuboza 2022, abarwanyi ba M23 bayobowe na Colonel Nzenze Imani ni bwo bavuye ku mugaragaro muri Kibumba. Ni igikorwa cyitabiriwe n’abarimo umuyobozi w’ingabo z’umuryango wa […]

Ambasaderi Karega yasubije uwamwibukije ko yigeze gutangaza ko FDLR yaciwe intege

Ambasaderi Vincent Karega wahoze ahagarariye u Rwanda muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) yasubije uwamwibukije ko yigeze gutangaza ko ingabo z’iki gihugu zaciye intege umutwe witwaje intwaro wa FDLR. Tariki ya 10 Ukuboza 2021 ubwo umubano w’ibihugu byombi wari umeze neza, Ambasaderi Karega yagiranye ikiganiro abanyamakuru ba Top Congo FM, Christian Lusakueno na Thierry […]

Komanda w’ingabo za EAC muri RDC yatangaje ko M23 yamaze kuva muri Kibumba

Colonel Nzenze Imani wa M23 (uhagaze imbere) mu gikorwa cyo gushyikiriza EACRF Kibumba

Komanda w’ingabo z’ibihugu bigize umuryango w’akarere ka Afurika y’iburasirazuba zibarizwa mu mutwe wa EACRF uri muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo, Lt Gen. Jeff Nyagah, yatangaje ku mugaragaro ko abarwanyi ba M23 bavuye mu gace ka Kibumba. Umuvugizi wa M23 mu rwego rwa politiki, Lawrence Kanyuka, kuri uyu wa 22 Ukuboza 2022 yatangaje ko abarwanyi […]

Impuguke za UN zagaragaje uburyo ubuzima bw’Abatutsi n’Abanyamulenge baba muri RDC buri mu kaga

Impuguke z’Umuryango w’Abibumbye (UN) zikurikiranira hafi ibibazo by’umutekano muke muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) zagaragaje uburyo ubuzima bw’Abatutsi n’Abanyamulenge buri mu kaga. Muri raporo itarajya ahagaragara’ ibiro ntaramakuru by’Abafaransa (AFP) bivuga ko byabonye kuri uyu wa 22 Ukuboza 2022, izi mpuguke zivuga ko kuva umutwe wa M23/ARC wegura intwaro, ugatangira kurwana n’ingabo za […]

Tanzania yagiranye amasezerano n’abazubaka umuhanda wa gari ya moshi uzayihuza n’u Rwanda

Masanja Kadogosa ubwo yasinyaga amasezerano n'uhagarariye ibi bigo

Leta ya Tanzania yagiranye amasezerano n’ibigo bibiri by’Abashinwa, CCECC na CRCC, bizubaka icyiciro cya nyuma cy’umuhanda wa gari ya moshi ugezweho uzahuza iki gihugu n’ibindi byo mu karere ka Afurika y’ibirasizuba birimo u Rwanda. Aya masezerano afite agaciro ka miliyari 2.2 z’amadolari yasinyiwe mu biro by’Umukuru w’Igihugu tariki ya 20 Ukuboza 2022. Masanja Kadogosa uyobora […]

Rubavu: Bahangayikishijwe n’imashini zicukura umucanga zisatira irimbi

Aba baturage bavuga ko hari imibiri imashini zicukura umucanga zimaze gutaburura

Abatuye mu mudugudu wa Nyabibuye, akagari ka Gikombe, umurenge wa Nyakiriba mu karere ka Rubavu, bahangayikishijwe n’imashini za Stella Company Ltd zikomeje gucukura umucanga zisatira ahari irimbi rishyinguyemo ababo. Aba baturage bavuga ko iki gikorwa bita ‘gushinyagurira imibiri’ y’ababo cyabaye nyuma y’aho akarere ka Rubavu kagurishije iyi kampani ubutaka bwegereye irimbi kugira ngo ijye icukuramo […]

Impuguke za UN zoherereje akanama k’umutekano indi raporo ishinja RDF kwifatanya na M23

Impuguke z’Umuryango w’Abibumbye (UN) zikora ubushakashatsi ku kibazo cy’umutekano muke muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) zashyikirije akanama gashinzwe umutekano indi raporo ishinja ingabo z’u Rwanda kwifatanya n’umutwe witwaje intwaro wa M23. Iyi raporo ntirashyirwa ahagaragara, ariko ibiro ntaramakuru by’Abafaransa (AFP) bivuga ko byayibonye kuri uyu wa 22 Ukuboza 2022. Ngo irimo ibimenyetso bikomeye […]

USA irashinja Koreya ya Ruguru guha abarwanyi ba Wagner za misile

Ubutegetsi bwa Leta zunze ubumwe za Amerika (USA) burashinja Koreya ya Ruguru guha intwaro umutwe w’ingabo wigenga wa Wagner, zirimo ubwoko bwa misile. Nk’uko ikinyamakuru Financial Times kibisobanura, Koreya ya Ruguru yagurishije intwaro uyu mutwe w’Abarusiya mu Gushyingo 2022. Umuvugizi w’akanama ka USA gashinzwe umutekano, John Kirby, yatangaje ko Wagner ishaka kwifashisha izi ntwaro muntambara […]

Papa Francis yatangaje ko umudayimoni w’ubwibone ari kwinjirira abashumba bakuru ba Kiliziya

Umushumba Mukuru wa Kiliziya Gatolika ku Isi, Papa Francis yatangaje ko hari umudayimoni wigaragaza ko ari mwiza ariko afite ubwibone, ukomeje kwinjirira abashumba bakuru b’iri torero bakorera i Vatican. Ibi yabitangarije ba Karidinali bakorera mu biro bikuru bya Kiliziya kuri uyu wa 22 Ukuboza 2022, ubwo yabagezagaho ubutumwa bubanziriza umunsi mukuru w’ivuka rya Yezu Kirisitu, […]

Maj. Gen. Rwarakabije yavuzwe mu rubanza rw’ababaye abarwanyi bakuru ba FDLR

Major General Paul Rwarakabije uri mu bashinze FDLR yavuzwe mu rubanza rwa Brig. Gen. Mujyambere LĂ©opold wamenyekanye nka Musenyeri, Lt Col. Mpakaniye Emelien na Lt Col. Habimana Emmanuel babaye abarwanyi bakuru muri uyu mutwe witwaje intwaro. Uru rubanza rwabereye mu rukiko rukuru, urugereko rwihariye ruburanisha ibyaha byambukiranya imipaka na mpuzamahanga ruherereye mu karere ka Nyanza, […]

Perezida Ndayishimiye abona intambara y’ingabo za EAC na M23 idakenewe

Perezida w’u Burundi akaba n’Umuyobozi Mukuru w’umuryango wa Afurika y’iburasirazuba (EAC), Evariste Ndayishimiye, abona intambara y’ingabo z’ibihugu bigize uyu muryango ziri mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo n’umutwe witwaje intwaro wa M23 idakenewe. Ndayishimiye yabitangarije mu kiganiro yagiranye na Jeune Afrique cyibandaga ku ngingo zirimo ikibazo cy’umutekano muke mu burasirazuba bwa RDC n’inshingano […]

Komiseri Mukuru muri UN yasabye u Bwongereza kwisubira ku kohereza abimukira mu Rwanda

Komiseri Mukuru ushinzwe uburenganzira bw’ikiremwamuntu mu Muryango w’Abibumbye (UN), Volker TĂŒrk, yasabye guverinoma y’u Bwongereza kwisubira kuri gahunda yo kohereza abimukira mu Rwanda. TĂŒrk mu kiganiro yagiranye n’umunyamakuru wa The Guardian ubwo ku biro bye i Geneva mu Busuwisi, yasobanuye ko gushaka kohereza abimukira k’u Bwongereza ari ukwihunza inshingano, bukazimurira ku kindi gihugu. Yagize ati: […]

Perezida Zelensky yagejejwe i Washington DC n’indege ya USA

Zelensky ubwo yasohokaga muri iyi ndege yakiriwe n'abarimo abashinzwe umutekano

Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, yageze i Washington DC kuri uyu wa 21 Ukuboza 2022 atwawe n’indege ya Leta zunze ubumwe za Amerika (USA). Zelensky yageze muri USA mu masaha y’umugoroba, aho asobanura ko yagiye gushimira iki gihugu uburyo gikomeje gufasha icye mu kurwanya ingabo z’u Burusiya zimaze amezi hafi 10 zibashojeho intambara. Uyu Mukuru […]

Ingagi ziba mu gice kigenzurwa na M23 ziratabarizwa

Ubuyobozi bwa Pariki ya Virunga buratabariza ingagi ziba mu gice cya Mikeno muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) kigenzurwa n’umutwe witwaje intwaro wa M23. Umuvugizi w’iyi pariki, Bienvenu Bwende, yatangarije ibiro ntaramakuru by’Abafaransa (AFP) ko babuze uko bajya gukurikirana ubuzima bw’izi ngagi, kubera ko batizeye ko aho ziri hari umutekano. Yagize ati: “Byagorana kuba […]

U Rwanda rwamenyesheje amahanga ko kurushinja gufasha M23 nta gisubizo byatanga

Guverinoma y’u Rwanda yamenyesheje amahanga ko gushyigikira ibirego by’ubutegetsi bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) by’uko ingabo zarwo zifasha umutwe witwaje intwaro wa M23 nta gisubizo kizima byatanga. Ni ubutumwa bukubiye mu itangazo ryashyizwe hanze n’ibiro by’Umuvugizi wa guverinoma y’u Rwanda kuri uyu wa 21 Ukuboza 2022, risubiza amatangazo y’ibihugu bitandukanye byo mu burengerazuba […]

Gitega: Mu rugo rw’umupolisi hafatiwe imyambaro n’inkweto by’igisirikare n’igipolisi

Imyambaro y'igisirikare, iy'igipolisi n'inkweto byafatiwe muri uru rugo

Mu rugo rw’umupolisi w’Umurundi witwa Vyankandondera ThĂ©rence ruherereye mu gace ka Mwaro, komini Makebuko mu ntara ya Gitega hafatiwe ibikoresho by’igisirikare n’igipolisi birimo imyambaro n’inkweto. Ibiro by’intara ya Gitega byemeje aya makuru kuri uyu wa 21 Ukuboza byerekanye amafoto y’impuzankano y’igisirikare, iy’abapolisi ndetse n’imiguro enye y’inkweto zizwi nka ‘butini’. Byasobanuye kandi ko uyu mupolisi yafatanwe […]

Ingabo za Kenya ziri mu mutwe wa EAC zashimiwe uko ziri kwitwara muri RDC

Lt Col. Obiero aganiriza ingabo za Kenya zibarizwa muri EACRF

Ingabo za Kenya zibarizwa mu mutwe w’umuryango w’akarere ka Afurika y’iburasirazuba, EACRF, zashimiwe uburyo ziri kwitwara mu kazo mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo. Zashimiwe n’umuyobozi wazo, Lieutenant Colonel Denis Obiero, ubwo yaziganirizaga mu birindiro byazo biherereye mu nkengero z’umujyi wa Goma kuri uyu wa 20 Ukuboza 2022. Ibiro bya EACRF byagize biti: […]

RDC yizeye gutsinda M23 nyuma yo gukurirwaho ‘embargo’

Ubutegetsi bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) bwatangaje ko bwizeye ko ingabo z’iki gihugu zizatsinda umutwe witwaje intwaro wa M23, nyuma y’aho umwanzuro (embargo) wari warafashwe n’akanama k’Umuryango w’Abibumbye gashinzwe umutekano ukuweho. Kuri uyu wa 20 Ukuboza 2022, aka kanama kemeje ko gakuyeho ibwiriza kari karahaye ibihugu cyangwa se inganda bigurisha RDC intwaro, wo […]

Minisitiri Gasana yaburiye abajya muri RDC mu buryo butemewe n’amategeko

Minisitiri w’umutekano w’imbere, Gasana Alfred, yaburiye Abanyarwanda bajya muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) mu buryo butemewe n’amategeko. Minisitiri Gasana yatanze uyu muburo ubwo yaganiraga n’abatuye mu murenge wa Bugeshi mu karere ka Rubavu, mu nteko y’abaturage yo kuri uyu wa 20 Ukuboza 2022. Uyu muyobozi yavuze ko muri iki gihe, umuntu ugiye muri […]

Akurikiranweho gusambanya ku gahato: RIB kuri muganga uregwa gukorakora igitsina cy’umurwayi

Umuvugizi w’urwego rw’ubugenzacyaha (RIB), Dr Murangira Thierry, yatangaje ko muganga wo mu bitaro bya Murunda mu karere ka Rutsiro uregwa gukorakora igitsina cy’umurwayi akurikiranweho icyaha cyo gusambanya undi ku gahato. Dr Murangira yabwiye Primo Media Rwanda ko uyu muganga w’imyaka 27 y’amavuko yatawe muri yombi tariki ya 1 Ukuboza 2022 nyuma yo kuregwa n’umukobwa w’imyaka […]

General Bunyoni yaba yambuwe abasirikare n’abapolisi bamurinda

General Alain Guillaume Bunyoni wabaye Minisitiri w’Intebe w’u Burundi, biravugwa ko yambuwe abasirikare n’abapolisi bamurinda, nyuma y’amezi atatu akuwe kuri iyi nshingano. Urubuga SOS MĂ©dias Burundi ruvuga ko aya makuru rwayahawe n’umwe mu bashinzwe umutekano bo hejuru. Ruti: “Abasirikare n’abapolisi barindaga urugo rwa Alain Guillaume Bunyoni wabaye Minisitiri w’Intebe muri Gasekebuye (amajyepfo ya Bujumbura) bategetswe […]

Umupadiri wo muri Diyosezi ya Ruhengeri yasezeye nyuma yo ‘gusobanukirwa’

Umupadiri ubarizwa muri Diyosezi Gatolika ya Ruhengeri mu majyaruguru y’u Rwanda, Niwemushumba Phocas, yeguye ku murimo w’ubupadiri yari amazeho imyaka 15 nyuma yo ‘kubura amaso no gusobanukirwa’. Mu ibaruwa yo ku wa 6 Ukuboza 2022 yandikiye Musenyeri wa Diyosezi, Vincent Harolimana, Niwemushumba yasobanuye ko igihe amaze ku mugabane w’Uburayi cyamubereye umwanya wo kubura amaso, gutekereza, […]

Ntabwo ndi Perezida kubera Abanyamerika: Museveni

Perezida wa Repubulika ya Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yatangaje ko atari Umukuru w’Igihugu kubera abo muri Leta zunze ubumwe za Amerika (USA). Museveni yabivugiye mu kiganiro yagiranye n’umunyamakuru Remmy Bahati wa Daily Monitor, ubwo bari i Washington DC mu cyumweru gishize, mu gihe yari yitabiriye inama ihuza USA n’ibihugu byo muri Afurika. Bahati yamwibukije ko […]

Hamenyekanye igihe inoti ziriho ifoto y’Umwami Charles III zizasohokera muri banki

Ni uku izi noti zizaba zigaragara

Banki nkuru y’u Bwongereza kuri uyu wa 20 Ukuboza 2022 yashyize hanze amafoto y’imiterere y’inoti zigaragaraho ifoto y’Umwami Charles III, isobanura ko zizatangira gukoreshwa hagati y’umwaka w’2024. Isobanura ko inoti zizashyirwaho ifoto ya Charles III ari zose. Ni ukuvuga; iy’Amapawundi 5, 10, 20 ndetse na 50, gusa ngo nta kindi kizahindukaho. Iti: “Twamuritse isura y’inoti […]

Bamwe mu bagabo b’i Rubavu barashinjwa kwicara, bagatungwa n’abagore

Aremeza ko Ndongora Nitunge ihari, n'ubwo hari ababa bashaka ko bitamenyekana

Bamwe mu bagabo batuye mu mirenge ya Nyamyumba, Rugerero, Gisenyi na Rubavu mu karere ka Rubavu barashinjwa kwicara badakora, bagatungwa n’abagore muri gahunda yadutse yahawe izina rya ‘Ndongora Nitunge’. Ni ibyatangarijwe umunyamakuru wa BWIZA ubwo yasuraga abakorera n’abarema isoko rya Rubavu ndetse n’abari mu nkengero yaryo kuri uyu wa 19 Ukuboza 2022. Umugore umwe mu […]

Umutoza wa Espoir FC yirukanwe nyuma yo gutangaza ko abayiguriye abakinnyi bahemutse

Bisengimana Justin wari umutoza mukuru wa Espoir FC yirukanwe nyuma yo gutangaza ko abaguriye iyi kipe abakinnyi ari abahemu. Uyu mutoza yatangaje aya magambo tariki ya 17 Ukuboza 2022 ubwo Espoir FC yari imaze gutsindwa na Etincelles ibitego bibiri ku busa. Icyo gihe yabwiye abanyamakuru ko iyi kipe ifite abakinnyi badashoboye, bari ku rwego rwo […]

Rutsiro: Umuganga arashinjwa gukorakora igitsina cy’umurwayi

Umuganga w’ibitaro bya Murunda biherere mu murenge wa Murunda mu karere ka Rutsiro, akurikiranwe n’urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha nyuma y’aho umukobwa arugejejeho ikirego, amushinja kumukorakora igitsina. Ni icyaha umukobwa avuga ko yakorewe mu gihe yanyuzaga uyu mukobwa mu cyuma n’uyu muganga, amusuma uburwayi bw’imbere mu mubiri. Dr Nkurunziza Jean Pierre yemereye Primo Media Rwanda dukesha iyi […]