Ghana: Batandatu bakatiwe igihano cy’urupfu nyuma yo gushaka guhirika ubutegetsi
Abantu batandatu bakatiwe igihano cy’urupfu nyuma yo kubahamya umugambi wo gushaka guhirika ubutegetsi muri Ghana mu 2021. Kuri uyu wa Gatatu, itariki 24 Mutarama, Abanya-Ghana batandatu, barimo n’abasirikare batatu, bahamwe n’icyaha bakatirwa urwo gupfa bamanitswe kubera uruhare bagize mu mugambi mubisha uvugwa mu myaka itatu ishize wo kugerageza guhirika leta y’igihugu. Aba bagabo batawe muri […]
NATO igiye gutangira imyitozo ya gisirikare itari yakora kuva Intambara y’Ubutita yarangira
Mu cyumweru gitaha NATO izatangira imyitozo minini itari yakora kuva Intambara y’Ubutita yarangira izitabirwa n’ingabo 90.000 nkko byatangajwe na komanda mukuru w’ingabo zayo Gen. Chris Cavoli. Ihuriro ryavuze kandi ko imyitozo izaba irimo amato arenga 50, kuva ku yatwara indege kugeza ku yarwana; indege z’indwanyi zirenga 80, kajugujugu na drones; byibura imodoka 1100 z’intambara, zirimo […]
Rubavu: Yafatanwe magendu ingana n’amabaro 63 y’imyenda ya caguwa
Polisi y’u Rwanda irashimira abaturage bakomeje kugira uruhare mu kurwanya ibyaha, batanga amakuru atuma bimwe bikumirwa bitaraba, ibindi bigakurikiranwa mu maguru mashya; ababigizemo uruhare bagafatwa bagashyikirizwa ubutabera. Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda mu Ntara y’Iburengerazuba, Superintendent of Police (SP), Bonaventure Twizere Karekezi, yabigarutseho nyuma y’uko mu murenge wa Mudende wo mu Karere ka Rubavu, ibikorwa […]
U Burusiya burashinja Ukraine guhanura indege yari itwaye imbohe z’intambara
Minisiteri y’ingabo y’u Burusiya iravuga ko indege ya gisirikare yari irimo imbohe z’abasirikare ba Ukraine yaguye Belgorod, hafi y’umupaka wa Ukraine, abari barimo bose bakahasiga ubuzima. Minisiteri iragira iti: “Mu ndege hari harimo abasirikare ba Ukraine 65 bafatiwe ku rugamba bajyanwaga mu rwego rwo kugurana imbohe, abakozi batandatu bo mu ndege ndetse n’ababaherekeje batatu”. Guverineri […]
Kajugujugu 10 za mbere zo kugaba ibitero zikoreshwa muri Afurika

Afurika ni umugabane uhura n’ibibazo byinshi by’umutekano, nk’intambara hagati y’abaturage, inyeshyamba, iterabwoba, ubujura, n’amakimbirane ku mipaka. Ibihugu byinshi bya Afurika bishora imari mu gushaka no kuvugurura za kajugujugu zo kugaba ibitero, kugira ngo byongere ingufu zo mu kirere ndetse n’ubushobozi bwo kurwana. Zimwe muri kajugujugu z’ibitero zikoreshwa n’ingabo zirwanira mu kirere nyafurika zitumizwa mu mahanga […]
RDC: Hari aho inyeshyamba zabujije abaturage gukora no kurya isombe kuwa Kane
Sosiyete sivile muri Moba, mu Ntara ya Tanganyika, muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, iramagana “ingamba zidakunzwe” zo kubuza abaturage gukora no kurya isombe zafashwe n’inyeshyamba zivugwaho kuba mu ihuriro rya Wazalendo. Nk’uko iyi sosiyete sivile ivuga, aba barwanyi babujije abaturage bo muri Sheferi ya Kansabala gukora no kutarya isombe buri wa Kane. Nk’uko byatangajwe […]
Abasirikare ba Israel bahuye n’umunsi wahitanye benshi muri bo bwa mbere muri Gaza
Igisirikare cya Israel kiravuga ko kuri uyu wa Kabiri abasirikare ba yo 21 biciwe i Gaza, umunsi wahitanye abasirikare benshi ba Israel kuva ibikorwa byabo byo ku butaka byo kurwanya Hamas byatangira. Umuvugizi w’Igisirikare cya Israel (IDF), Daniel Hagari, yavuze ko bikekwa ko ari igisasu cya rokete cyakubise igifaru cyari hafi hafi y’inyubako ebyiri bari […]
Le Rwanda déplore les propos incendiaires du président burundais

Le gouvernement du Rwanda a qualifiĂ© de « incendiaires et anti-africains  » les propos tenus par le prĂ©sident burundais Evariste Ndayishimiye, qui a imputĂ© au Rwanda l’insĂ©curitĂ© dans la rĂ©gion des Grands Lacs et a qualifiĂ© la jeunesse rwandaise de « prisonniers dans la rĂ©gion  ». Cette Ă©volution intervient alors que les relations entre les […]
Muyaya yasubiriye P. Kagame, yongera guca amarenga ko hari umugambi wo kumuhirika
Minisitiri w’Itumanaho muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Patrick Muyaya, yongeye kwibasira no gutuka Perezida Paul Kagame w’u Rwanda yise “indwara yugarije akarere” mbere yo guca amarenga y’uko RDC n’u Burundi bakomeje gushaka uko bamuhirika ku butegetsi. Hari mu kiganiro uyu mugabo unasanzwe ari Umuvugizi wa Guverinoma ya RDC aheruka kugirana n’umunyamakuru Marc Perelman wa […]
Guverinoma y’u Rwanda yamaganye amagambo rutwitsi yavuzwe na Perezida Ndayishimiye
Guverinoma y’u Rwanda ibabajwe n’amagambo rutwitsi kandi arwanya Afurika yavuzwe na Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye mu birori byabereye i Kinshasa ku itariki ya 21 Mutarama 2024. “Perezida Ndayishimiye, yigize impirimbanyi ya Afurika Yunze Ubumwe kubw’Urubyiruko, Amahoro n’umutekano, , yashinje ibirego byinshi bidafite ishingiro kandi rutwitsi bigamije gukurura amacakubiri hagati y’abanyarwanda, no kurushaho guhungabanya amahoro […]
RICA yasabye ababazi kwirinda kubabaza amatungo igihe bayabaga
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuziranenge, Ihiganwa mu Bucuruzi no Kurengera Umuguzi (RICA) cyirihanangiriza ababaga amatungo kwirinda kuyababaza mbere y’uko abagwa kuko bigira ingaruka ku buziranenge bw’inyama ziyakomokaho. Simbarikure Gaspard, Umuyobozi ushinzwe kugenzura isuku, ubuziranenge n’akato k’ibikomoka ku matungo muri RICA, avuga ko uko itungo rihohoterwa cyangwa uburyo ritwarwamo mbere y’uko ribagwa bigira ingaruka ku bwiza bw’inyama […]
Umugaba Mukuru wa RDF yakiriye mugenzi we ukuriye Ingabo za Mozambique

Umuyobozi mukuru w’ingabo z’igihugu cya Mozambique (FADM), Admiral Joaquim Mangrasse yasuye icyicaro gikuru cy’ingabo z’u Rwanda aho yakiriwe n’Umugaba Mukuru wa RDF, Gen. MK Mubarakh. Bagiranye ibiganiro bigamije kuzamura umubano uriho hagati y’ingabo zombi. Admiral Mangrasse kandi yasuye minisitiri w’ingabo, Hon. Juvenal Marizamunda. Nyuma y’uru ruzinduko, Admiral Mangrasse yagize ati: “Twaganiriye ku bufatanye bukomeje mu […]
Kigali: Abakodesha aho kuba bahangayikishijwe n’ibiciro by’ubukode bikomeje gutumbagira
Bamwe mu batuye mu Mujyi wa Kigali baravuga ko ibiciro by’ubukode ku bakodesha inzu zo kubamo bikomeje gutumbagira kuri ubu kubasha kubwigondera bikaba bigoye. Ni mu gihe Leta y’u Rwanda yatangiye gahunda yo kujya itanga ubufasha ku bafite imishinga yo kubaka inzu zihendutse zigenewe guturwamo hagamijwe gukemura ikibazo cy’amacumbi mu Mujyi wa Kigali no mu […]
Un responsable de la bonne gouvernance arrêté pour corruption et harcèlement

Le Bureau d’enquĂ ÂŞte du Rwanda (RIB) a arrĂ ÂŞtĂ© le 21 janvier Vedaste Kabera, le directeur chargĂ© de la bonne gouvernance dans la province du Sud, pour corruption et harcèlement conjugal. Les entitĂ©s gouvernementales locales font partie des institutions gouvernementales oĂ Âą la probabilitĂ© de corruption est Ă©levĂ©e, selon le Rwanda Bribery Index (RBI) 2022. L’édition 2023 […]
Abantu 15000 bamaze kwicirwa i Darfur bazira ubwoko – UN
Raporo y’Umuryango w’Abibumbye yabonwe na Reuters ku wa Gatanu, iravuga ko abantu bari hagati ya 10,000 na 15.000 biciwe mu mujyi umwe wo mu Ntara ya Darfur y’Iburengerazuba muri Sudani mu mwaka ushize bazize ihohoterwa rishingiye ku moko rikozwe n’ingabo za Rapid Support Forces (RSF) zifatanyije n’izindi nyeshyamba z’Abarabu. Muri raporo y’Akanama k’Umuryango w’Abibumbye gashinzwe […]
Bujumbura: Benshi batawe muri yombi mu mukwabu ukaze mu gace ka Ngagara
Mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru, itariki 21 Mutarama 2024, mu gihugu cy’u Burundi muri quartier ya 6 muri Zone Ngagara mu majyaruguru y’Umurwa mukuru w’ubucuruzi ,Bujumbura, babyutse hagoswe n’abasirikare bitwaje imbunda nyinshi, aho inzira zose zisohoka n’izinjira aho hantu zari zicunzwe n’abasirikare mu gihe abapolisi bari mu ngo barimo gusaka, ako gace karimo inzu […]
Tshisekedi yarahiriye kuyobora RDC muri manda ya 2
Perezida FĂ©lix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 20 Mutarama yarahiriye kuyobora iki gihugu muri manda ye ya kabiri izamara imyaka itanu. Ni umuhango wabereye muri Stade des Martyrs i Kinshasa, witabirwa n’abanyacyubahiro batandukanye barimo ba Perezida b’ibihugu 18 bya Afurika. Imbere y’abanye-Congo barenga 60,000 bari buzuye […]
U Burundi bukomeje kurunda ingabo n’ibikoresho ku mupaka n’u Rwanda
Amakuru aturuka mu gihugu cy’u Burundi aravuga ko abagabo bambaye impuzankano za gisirikare n’igipolisi, bitwaje intwaro nyinshi, bakomeje kurundwa mu ishyamba rya Kibira ku ruhande rwa za komini Mabayi na Bukinanyana mu ntara ya Cibitoke (mu majyaruguru y’iburengerazuba bw’u Burundi) hafi y’umupaka n’u Rwanda. Abaturage baho bavuze ko bafite impungenge ariko komanda ushinzwe ibikorwa aho […]
Bahangayikishijwe n’amafaranga yabo muri banki zigurwa n’abanyamahanga batategujwe
Bamwe mu babitsa muri banki zitandukanye mu Rwanda baravuga ko bagira impungenge iyo abanyamahanga bagura imigabane y’amwe mu ma banki yo mu gihugu bakayegukana ndetse agahindurirwa n’amazina kuko usanga batamenya uko biba byagenze ngo banki zigurishwe ugasanga bafite impungenge z’amafaranga yabo. Ni nyuma y’uko hashize igihe humvikana abanyamahanga bagura imigabane y’amwe mu ma banki yo […]
Les soldats des RDF acquièrent des compétences de combat avancées

Les officiers des Forces de dĂ©fense rwandaises (RDF) et d’autres soldats ont terminĂ© avec succès, mercredi 17 janvier, une formation avancĂ©e d’infanterie de sept mois au Centre d’entraà ®nement militaire de base de Nasho, dans le district de Kirehe. Le gĂ©nĂ©ral Moubarakh Moubarakh, chef d’Ă©tat-major de la DĂ©fense (CDS) des RDF, a prĂ©sidĂ© la cĂ©rĂ©monie de […]
Umutwe w’abacanshuro wa Wagner Group waje mu yindi sura n’izina rishya muri Afurika
Umutwe w’abacanshuro wa Wagner biravugwa ko ufite izina rishya ikoresha mu bikorwa byawo muri Afurika, ariko ngo ni wa mutwe n’ubundi w’abacanshuro b’Abarusiya ukomeje gusahura ubutunzi bw’amabuye y’agaciro kandi ugasiga inyuma ibikorwa by’ubugizi bwa nabi ku mugabane wa Afurika. Ahazaza h’umutwe hari hakomeje kwibazwaho nyuma y’urupfu rwo muri Kanama 2023 rw’uwahoze ari umuyobozi wa wo, […]
Abasirikare ba RDF barimo ba Ofisiye basoje imyitozo ihanitse yo kurwanira ku butaka (Amafoto)

Abasirikare ba RDF barimo abo ku rwego rwa ba Ofisiye ndetse n’abato basoje imyitozo igenewe ingabo zirwanira ku butaka (Advanced Infantry Training) bari bamaze amezi arindwi bakorera mu kigo cy’imyitozo cya Nasho. Umuhango wo gusoza iyi myitozo wayobowe n’Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda, Gen Mubarakh Muganga wari uwuhagarariyemo Perezida Paul Kagame. Gen Muganga yashimiye abasoje […]
Perezida Kagame yemeje ko azasubiza u Bwongereza amafaranga yabwo abimukira nibatoherezwa
Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, yatangaje ko ashobora kuzasubiza u Bwongereza amafaranga yabwo mu gihe abasaba ubuhungiro baba batoherejwe mu gihugu cye mu masezerano cyagiranye na Guverinoma y’u Bwongereza. Umwanditsi wa BBC w’inkuru zijyanye n’ubukungu , Faisal Islam, yagiranye ikiganiro gito na Perezida Paul Kagame ari mu nama ya World Economic Forum yabereye i Davos […]
« La Main Rouge  » umwe mu mitwe y’iterabwoba ya mbere yabayeho washinzwe n’u Bufaransa
« La Main Rouge  » ni izina ry’umutwe witwaje intwaro w’ibanga w’Abafaransa , wagabye ibitero byinshi mu Burayi no muri Afurika y’Amajyaruguru mu myaka ya za 1950, mu gihe cy’abakoloni. Uyu mutwe bivugwa ko wari “itsinda ry’urupfu” ndetse bamwe bafata nk’umutwe w’iterabwoba, wakomotse ku matsinda mato yashingiwe muri Tunisia mu 1952 kandi ugizwe n’abazungu n’abapolisi […]
London: Itegeko ryo kohereza abimukira mu Rwanda ryeguje Abayobozi 2 b’ishyaka riri ku butegetsi
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri, abayobozi babiri bungirije b’ishyaka ry’aba conservateurs riri ku butegetsi mu Bwongereza beguye ku mirimo yabo mu gihe abadepite batoraga gukora amavugurura ku itegeko ryihutirwa rya Minisitiri w’intebe, Rishi Sunak, rigamije gukumira abinjira mu gihugu binyuranyije n’amategeko. Rishi Sunak yashimangiye ko umushinga w’itegeko ugomba kugera aho guverinoma ishoboye kuko […]
Guverinoma igiye gutangiza uburyo bushya bwo gufasha abaturage kwikura mu bukene
Leta y’u Rwanda yatangaje ko igiye gutangiza uburyo bw’ikoranabuhanga bwo kubarura abaturage, habarurwa buri muntu ku giti cye harebwa n’ubufasha akeneye, bazafashwa kwikura mu bukene izatangira mu mpera za Mutarama 2024. Ubu buryo bushya buje gusimbura uburyo bwari busanzweho, aho abantu bafashwaga hashingiwe ku byiciro by’Ubudehe baherereyemo. Ibyiciro by’ubudehe byari byaratangijwe na Guverinoma y’u Rwanda […]
Blinken Commends Rwanda Moves To De-escalate With DR Congo
US Secretary of State Antony Blinken on Tuesday praised Rwanda’s efforts to reduce tensions with the Democratic Republic of Congo even as a new border clash highlighted the troubled ties. Meeting Rwandan President Paul Kagame at the World Economic Forum in Davos, Switzerland, Blinken promised US support for regional diplomacy to end violence in eastern […]
Davos: Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na Perezida Zelensky

Perezida Kagame uri i Davos mu Busuwisi mu nama mpuzamahanga yiga ku bukungu bw’Isi, yagiranye ibiganiro na Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky. Ibiganiro byabo byibanze ku ntambara yo muri Ukraine ndetse n’ingamba zihari zo gushaka umuti w’amakimbirane. Yahuye kandi n’Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe Ububanyi n’Amahanga, Antony Blinken. Baganiriye ku bufatanye n’umubano […]
Nyaruguru: Inkuba yakubise inka ebyiri z’umuturage zirapfa bahita bazirya

Mu mvura nyinshi yaguye ku mugoroba wo kuri uyu wa 15 Mutarama 2024, inkuba, bise “umwami wo hejuru”, yakubse inka ebyiri z’umuturage witwa Gahamanyi Augustin, utuye mu mudugudu wa Gihango, akagari ka Mariba, umurenge wa Rusenge, akarere ka Nyaruguru, zihita zipfa. Mu gitondo cya kare cyo kuri uyu wa 16 Mutarama, abaturage bazindutse bazibaga bajya […]
Umwanditsi Rahim Mohamed asanga ibibera Gaza bidakwiye kugereranywa na Jenoside yakorewe Abatutsi
Ku Cyumweru hari hashize iminsi 100 kuva imirwano itangiye hagati ya Israel na Hamas, yatewe n’igitero by’ubugome cya Hamas cyo ku itariki ya 7 Ukwakira mu majyepfo ya Israel. Nubwo umubare w’abahitanwa n’ubu, kuri ubu, bidashoboka kugereranywa neza na neza, ntawabura gushidikanya ko abantu bamaze gupfa ari benshi nubwo hari abasanga utabigereranya na jenoside nk’iyakozwe […]
Nyamasheke: Inyubako yubakwaga yagwiriye abantu umwe ahasiga ubuzima
Inyubako irimo kubakwa yaguye mu Karere ka Nyamasheke, umurenge wa Ruharambuga, akagari ka Kanazi, ahantu bakunze kwita kwa “Shangazi”. Ibi byabereye ahari kubakwa sitasiyo ya lisansi, bituma umuntu ahita apfa, abandi batatu barakomereka. Aya makuru yatangajwe bwa mbere n’umunyamakuru wa RBA, ahagana saa sita kuri uyu wa Kabiri, itariki 16 Mutarama. Abinyujije kuri X yagize […]
Rubavu: RDF yarashe mu cyico umusirikare wa FARDC, 2 ibafata mpiri
Igisirikare cy’u Rwanda cyatangaje mu ijoro ryacyeye Ingabo zari ku burinzi zarashe mu cyico umusirikare wo mu ngabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), abandi babiri bafatwa mpiri. Byabereye murenge wa Rubavu, akagari ka Rukoko, umudugudu wa Rutagata. RDF mu itangazo yasohoye yasobanuye ko “mu ma saa saba z’urucyerera abasirikare batatu bo mu ngabo […]
Mu majyepfo y’uburengerazuba bw’igihugu hazakomeza kwibasirwa n’imvura idasanzwe
Ikigo cy’igihugu cy’teganyagihe (Meteo Rwanda) cyatanze umuburo kivuga ko mu majyepfo y’iburengerazuba bw’igihugu hazakomeza kugwa imvura idasanzwe kugeza ku itariki ya 20 Mutarama 2024. Iteganyagihe rya Meteo Rwanda ryaburiye ko “ingaruka ziterwa n’imvura nyinshi zishobora kuba mu bice byo mu majyepfo y’iburengerazuba bw’igihugu aho biteganijwe ko imvura yiyongera [hagati ya milimetero 60 na 120]. Birashoboka […]
Ngororero: Polisi yaburijemo ikwirakwizwa ry’udupfunyika 5000 tw’urumogi
Polisi y’u Rwanda irashimira abaturage bamaze gusobanukirwa akamaro ko gutangira amakuru ku gihe atuma ibyaha byinshi bikumirwa bitaraba bikaba n’umurongo mwiza wo kwicungira umutekano buri wese aba ijisho rya mugenzi we. Byagarutsweho n’umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Iburengerazuba, Superintendent of Police (SP) Bonaventure Twizere Karekezi, nyuma y’uko ibikorwa bya Polisi byakorewe mu murenge wa Ngororero, […]
Uganda: Depite Zaake aravuga ko hari abayobozi bari gutegura umugambi wo kumwica
Umudepite utavugwaho rumwe muri Uganda, Francis Zaake yatangaje ko hari abayobozi bakuru barimo gucura umugambi wo kumwivugana. Mu butumwa yanyujije kuri X, Zaake yagize ati: “Nakiriye amakuru yizewe ku muntu utanga amakuru y’umugambi wo kunyica.” Ati: “Nabwiwe ko gahunda irimo gutegurwa n’abayobozi mu butegetsi bayobowe n’umuyobozi wa rumwe mu nzego za Guverinoma; Minisitiri mu butegetsi; […]
Uganda: Asaga miliyari 20 z’Amashilingi yishyuwe abakozi ba leta ba baringa
Muri raporo y’Umugenzuzi Mukuru w’Imari ya Leta y’umwaka w’ingengo y’imari yarangiye ku ya 30 Kamena 2023 yagejejwe ku Nteko ishinga amategeko, Umugenzuzi mukuru w’imari ya leta muri Uganda, John Muwanga, yagaragaje amakosa akabije mu micungire y’imishahara y’abakozi ba leta. Raporo yasuzumye imikoreshereze y’imari mu myaka ine y’ingengo y’imari, yagaragaje imbogamizi zikomeye zibangamiye gahunda y’itangwa ry’imishahara, […]
Benshi mu Banyarwanda ntihazwi irengero ryabo nyuma yo gufatwa n’iperereza ry’u Burundi
Amakuru aturuka mu gihugu cy’u Burundi aravuga ko Abanyarwanda bakomeje guhigwa bukware n’abayobozi b’iki gihugu ndetse bamwe mu batawe muri yombi bakaba baramaze kugera mu maboko y’urwego rushinzwe iperereza aho bivugwa ko rwabajyanye ahantu hatazwi. Bamwe mu Banyarwanda bafashwe bivugwa ko babanje gufungirwa muri kasho za polisi muri komini ebyiri kugeza kuwa Gatandatu ku mugoroba. […]
Somalia yaburiye Ethiopia ishaka kwemera Somaliland ngo ibashe gukora ku nyanja
Kuri iki Cyumweru, Minisitiri w’Intebe wa Somalia yihanangirije Ethiopia iyisaba kutavogera ubutaka bwayo nyuma yo kugirana na Somaliland amasezerano azayifasha gukoresha ibyambu byayo (Somaliland) ku Nyanja Itukura. Hamza Abdi Barre mu kiganiro yatangiye mu murwa mukuru Mogadishu, yashimangiye ko amasezerano yo kugera ku nyanja yashyizweho umukono mu ntangiriro z’uku kwezi hagati ya Ethiopia na Somaliland […]
Perezida Kagame yongeye kwikoma abashaka guhitiramo Abanyarwanda uko bagomba kubaho
Perezida Paul Kagame yongeye gushimangira ko nta muntu n’umwe ufite ububasha bwo guhitiramo Abanyarwanda uko bakwiye kubaho mu gihe igihe u Rwanda rwari rurimo gushy anta warutabaye. Ibi umukuru w’igihugu yabitangarije mu ijambo yavugiye mu Masengesho yo gusabira igihugu muri uyu mwaka wa 2024. Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yavuze ko kwemera, amadini na politiki […]
Aba-conservateurs bakomeje kudahuza ku itegeko rijyanye no kohereza abasaba ubuhungiro mu Rwanda
Rishi Sunak ahanganye n’ubwigomeke bukabije mu ishyaka ry’Aba-Conservateurs aho abadepite barenga 30 bo muri iri shyaka bahagurukiye guhindura mu cyumweru gitaha umushinga w’itegeko rijyanye no kohereza abasaba ubuhungiro mu Rwanda. BBC yatangaje ko ubugororangingo buteganijwe bugamije kugabanya inzira zo kujuririra ibyemezo byo koherezwa mu gihugu cyo muri Afurika, ibyerekana kutabona ibintu kimwe gukomeje hagati mu […]
Aba-Houthi biyemeje kwibasira inyungu zose z’Abanyamerika n’Abongereza
Kuri uyu wa Gatanu, umutwe w’inyeshyamba z’Aba-Houthi wo muri Yemeni wemeje ko ugiye kwibasira inyungu zose z’Abanyamerika n’Abongereza nyuma y’ibitero by’ibi bihugu muri Yemeni. Mu itangazo ry’Inama Nkuru ya Politiki y’Aba-Houthi, iryo tsinda ryagize riti “igitero cy’ubuhemu kandi cyeruye cy’Abanyamerika n’Abongereza igihugu cyahuye nacyo ntikemewe kandi nta bisobanuro gifitiwe.” Aba-Houthi bahize ko “inyungu zose z’Abanyamerika […]
Nyanza: Wenceslas Twagirayezu, suspect du génocide extradé, libéré

Le suspect de gĂ©nocide Wenceslas Twagirayezu extradĂ© du Danemark a Ă©tĂ© libĂ©rĂ© par la Chambre des crimes internationaux et transfrontaliers de la Haute Cour de Nyanza. Twagirayezu a Ă©tĂ© extradĂ© en 2019, après une longue bataille contre la dĂ©cision qui l’a conduit devant la Cour europĂ©enne des droits de l’homme et des peuples. Depuis, il […]
Ishyamba si ryeru hagati ya Kiliziya Gaturika muri Afurika na Vatikani
Haravugwa amakimbirane mashya, icyiciro gishya mu mibanire itoroshye hagati ya Vatikani n’inama z’abepiskopi muri Afurika nyuma y’uko mu Kuboza gushize, Vatikani itanze uburenganzira bwo guha imigisha ababana bahuje ibitsina. Abepiskopi benshi bo ku mugabane wa Afurika, cyane cyane abo muri Cameroun na Nigeria, bagaragaje ko bamaganye iki cyemezo. Hashize icyumweru Vatikani yisobanuye mu itangazo rirerire. […]
Perezida Paul Kagame ari muri Zanzibar
Perezida Paul Kagame yamaze kugera mu birwa bya Zanzibar, aho yitabiriye ibirori by’isabukuru y’imyaka 60 y’impinduramatwara ya Zanzibar. Ni ibirori bibera kuri Amani Stadium ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 12 Mutarama 2024. Abandi bitabira ibi birori harimo Perezida wa Zanzibar Dr. Hussein Ali Mwinyi, Perezida Samia Suluhu Hassan wa Tanzania, Yoweri […]
Somalia: Leta n’abasirikare ntibavuga rumwe ku gikorwa cyo kubohoza abashimutanwe n’indege ya Loni
Kuri uyu wa Kane, Umuvugizi wa Guverinoma ya Somalia yatangaje ko barimo kwitegura kubohoza abantu bari muri kajugujugu y’Umuryango w’Abibumbye yafashwe na Al Shabaab, ariko abasirikare baravuga ko bizagorana kugera aho bajyanwe. Kajugujugu y’Umuryango w’Abibumbye yari irimo irajyana abarwayi ubwo ikibazo cya tekiniki cyayihatiraga kugwa byihutirwa hafi y’umudugudu wa Hindhere uri muri Somalia rwagati, mu […]
RDC: Ba guverineri 3 barimo uwa Kinshasa bahagaritswe ku mirimo yabo

Ba guverineri b’intara za Mongala (CĂ©sar Limbaya), à ‰quateur (Bobo Boloko) na Kinshasa (Gentiny Ngobila) bahagaritswe ku mirimo yabo. Ibi byatangajwe muri telegaramu ya Visi-Minisitiri ushionzwe ibibazo by’imbere mu Gihugu, Umutekano kuri uyu wa Kane, itariki 11 Mutarama 2024 nk’uko tubikesha Mediacongo.net. Muri iyi nyandiko, hagaragajwe ko imyanya yabo igomba kuba irimo abari babungirije by’agateganyo mu […]
Afurika y’Epfo: Umudepite yemeje ko ingabo zabo zizasebera imbere y’inyeshyamba za M23
“Kohereza ingabo z’igihugu cya Afurika y’Epfo (SANDF) mu rwego rw’ubutumwa bw’Ingabo za SADC mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo ni icyemezo kititondewe gishobora gushyira ubuzima bw’ingabo zacu mu kaga gakomeye,” uyu ni Depite Kobus Marais mu nyandiko yashyize ahagaragara dukesha urubuga www.da.org.za ivuga. Depite Sarel Jacobus Francois “Kobus” Marais yahamagariye Perezida Cyril Ramaphosa, […]
RDC: Abarundi bakora ubucuruzi bwambukiranya imipaka babujijwe gucururiza muri Uvira
Kuva mu cyumweru gishize, nta Murundi washoboye gukora ubucuruzi bwambukiranya imipaka ava mu Burundi ajya muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, anyuze muri Uvira mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo (mu burasirazuba bwa DRC). Ni sosiyete sivile yaho yafashe iki cyemezo. Abacuruzi bo mu Burundi bavuga ko batunguwe. Ubucuruzi bwari bugizwe no kohereza ibicuruzwa nk’amata, ibinyampeke, […]
Abanya-Suede basabwe kwitegura intambara
Umuburo ku Banya-Suede waturutse mu bayobozi bakuru babiri b’ingabo kugira ngo bitegure intambara wateye impungenge no gushinjwa gutera ubwoba. Minisitiri w’ingabo z’abaturage (Civil Defence Minister), Carl-Oskar Bohlin, yatangarije inama y’ingabo ko “muri Suwede hashobora kubaho intambara”. Ubutumwa bwe bwaje gushyigikirwa n’umugaba mukuru w’ingabo, Gen Micael Byden, wavuze ko Abanya-Suede bose bagomba kwitegura mu mutwe ibishobora […]
Guinea: Mushikiwabo reaffirms the OIF’s commitment to continuing to support the transition until its completion
At the invitation of the President of the Republic, Head of State, Supreme Chief of the Armed Forces, Colonel Mamadi Doumbouya, the Secretary General, of La Francophonie, Louise Mushikiwabo made her first visit to the Republic of Guinea on January 7 to 8, 2024 to discuss progress towards ending the transition. Accompanied by a delegation […]
Rubavu injecte 600 millions Frw supplémentaires pour terminer le marché tant attendu de Gisenyi

Le district de Rubavu a rĂ©servĂ© 600 millions de Frw supplĂ©mentaires pour achever le marchĂ© tant attendu de Gisenyi. La dĂ©cision fait suite Ă Â l’approbation du conseil consultatif du district pour garantir que le marchĂ© soit entièrement achevĂ©. Les fonds devraient provenir des revenus du district. Dans une interview accordĂ©e au New Times, le maire […]
Hatowe gukomeza kugira ibanga ibikubiye mu masezerano y’u Bwongereza n’u Rwanda
Mu gihugu cy’u Bwongereza kuri uyu wa Kabiri ushize batoye kugira ibanga ikiguzi cya gahunda yo kohereza abimukira nyuma y’uko ishyaka ry’Abakozi ryari ryagerageje guhatira leta gushyira ahagaragara ibikubiye mu masezerano yakozwe hagati y’u Bwongereza n’u Rwanda. Yvette Cooper, wo mu ishyaka ry’Abakozi ryasabaga gushyira ahagaragara ibyemeranyijwe muri iyi gahunda, gusobanura ukuntu u Bwongereza bwijeje […]
Afurika y’Epfo: Urukiko rwategetse guha status y’impunzi uvuga ko yahoze mu Gisirikare cy’u Rwanda
Urwego rushinzwe ibibazo by’imbere mu gihugu (Department of Home Affairs) muri Afurika y’Epfo rwategetswe n’urukiko guha ubuhungiro Umunyarwanda uvuga ko yahoze mu Gisirikare cy’u Rwanda (RDF) n’umugore we nyuma y’uko uru rwego rwari rwaranze kubumuha kubera kutizera impamvu yatangaga zatumye ahunga u Rwanda. Uwasabaga ubuhungiro, bise izina rya Bwana R (Mr R), yari yitabaje urukiko […]
Equateur: Abantu bitwaje imbunda binjiye muri studio ya televiziyo iri Live
Abantu bitwaje imbunda bipfutse mu maso binjiye muri studio ya televiziyo iri Live muri Equateur, igihugu kiri muri Amerika y’amajyepfo, bakangaranya abakozi. Abakozi bahatiwe kuryama hasi igihe televiziyo ya leta, TC, mu mujyi wa Guayaquil, yatambutsa ikiganiro mbere yuko bakuraho live. Polisi ivuga ko nyuma yabohoje abakozi bose maze ifata 13, yerekana intwaro zafashwe nk’uko […]
Igisirikare cya Sudani cyifashishije umutwe wa SPLM-N mu mirwano yabahuje na RSF
Igisirikare cya Sudani n’ingabo za Sudan People’s Liberation Army-North (SPLA-N) ziyobowe na Abdulaziz al-Hilu ku wa mbere zarwanye n’ingabo za Rapid Support Force) i Dilling, umujyi wa kabiri munini muri Kordofan y’Amajyepfo. Bivugwa ko ingabo za SPLM-N zamaze kugenzura umujyi neza, bituma bashinja igisirikare cya leta guha Dilling SPLM-N mu bufatanye bwa rwihishwa bwo kurwanya […]
London: Leta igiye guhatirwa guhishura amafaranga azagenda kuri buri muntu uzoherezwa mu Rwanda
Ishyaka ry’Abakozi mu Bwongereza kuri uyu wa Kabiri riragerageza guhatira guverinoma gushyira ahagaragara inyandiko zijyanye na politiki irebana no kohereza abimukira mu Rwanda. Kuri uyu wa kabiri, iri shyaka rirateganya gusaba ko haba amatora ku gusaba abaminisitiri guhishura amafaranga azagenda kuri buri muntu usaba ubuhungiro mu Bwongereza uzoherezwa mu Rwanda. Amatora kandi agomba gusaba abaminisitiri […]
U Rwanda na Yorodaniya byiyemeje kwagura ubufatanye kuva mu bukungu kugeza mu gisirikare

U Rwanda n’Ubwami bwa Yorodaniya byumvikaniye i Kigali guha icyerekezo gishya ubufatanye bw’impande zombi no kwagura inzego z’ubufatanye kuva mu bukungu kugeza mu bya gisirikare. Kugira ngo ibyo bishoboke, ibihugu byombi byashyize umukono ku masezerano y’ubufatanye mu bya politiki, ubukungu, ibya gisirikare ndetse no mu kurwanya iterabwoba, nyuma y’uko Umwami Abdullah wa II wa Yorodaniya […]
Hezbollah yemeje iyicwa ry’umwe mu bayobozi bayo muri Libani
Umutwe wa Hezbollah wemeje iyicwa rya Wissam Tawil, umuyobozi mukuru mu ngabo z’indobanure z’uyu mutwe zizwi nka Radwan. Hezbollah ntisobanura neza icyateye urupfu rwa Tawil, ariko mbere ibiro ntaramakuru Reuters byatangaje amakuru avuga ko yiciwe mu gitero cy’indege cya Israel ku modoka yari mu majyepfo ya Libani. Ibiro Ntaramakuru by’Abongereza byari byabanje gutangaza ko umuyobozi […]
Rish Sunak yaba yarashidikanyaga kuri gahunda y’u Rwanda ataraba minisitiri w’intebe
Rishi Sunak yavuze ko kari akazi ke igihe yari minisitiri w’imari kubaza ikiguzi cya gahunda ya guverinoma yo kohereza abimukira mu Rwanda ariko ahakana gushidikanya ko ishobora gukora. Impapuro zabonywe na BBC muri iki cyumweru zagaragaje ko mu 2022 Sunak yashakaga kugabanya gahunda yo kohereza abasaba ubuhungiro mu gihugu cya Afurika. Inyandiko zagaragaje kandi ko […]
Umuvugabutumwa TB Joshua wamamaye ku Isi yavuzweho gufata ku ngufu no kwica urubozo
Ibimenyetso by’ihohotera n’iyicarubozo byakozwe n’uwashinze rimwe mu matorero akomeye y’ivugabutumwa ya gikirisitu ku Isi byavumbuwe na BBC. Abantu benshi bahoze mu Itorero rya Synagogue Church of all Nations, barimo Abongereza batanu, bavuze bafashwe ku ngufu ndetse bategekwa gukuramo inda na n’Umuvugabutumwa TB Joshua, wo muri Nigeria wapfuye muri Kamena 2021. Ibirego byo guhohoterwa byakorewe mu […]